Nyamihana: Abasore babiri babanaga mu nzu bapfuye urw’amayobera
Abasore babiri babanaga mu nzu mu mudugudu wa Nyamihana, muri Komini ya Mugina, mu Ntara ya Cibitoke, mu gihugu cyâu Burundi basanzwe bapfuye polisi ita muri yombi abantu 9 bakekwaho kubigiramo uruhare. Abo basore ni DieudonnĂ© Bizimana wâimyaka 18 na Pascal Ntaconayigize wâimyaka 20 ans. Basanzwe muri iyi nzu bakodeshaga bapfuye kuwa Kabiri ushize, itariki […]
Boko Haram yatangaje umuyobozi wayo mushya wasimbuye Abubakar Shekau
Umutwe wâAbajihadiste wo muri Nigeria Boko Haram wemeje bidasubirwaho urupfu rwâuwari umuyobozi wawo, waguye mu mirwano yabahuje nâAbarwanyi ba Leta ya Kisilamu muri Afurika yâUburengerazuba, ISWAP, utangaza umuyobozi wawo mushya, Bakura Modu bakunda kwita Sahaba, mu mashusho yoherejwe kuri uyu wa Gatatu Ibiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP. Sahaba, umuyobozi w’ingenzi wa Boko Haram uzwi n’impuguke nkâufite […]
Abayobozi ba Rukiga bashyikirijwe umurambo wâUmugande wari ufungiye mu Rwanda
Umurambo wâumugande wâimyaka 38 bivugwa ko yapfiriye muri gereza yo mu Rwanda yari afungiyemo mu ntara yâIburasirazuba washyikirijwe abayobozi ba Uganda muri iki cyumweru nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Chimpreports kivuga ko uyu ari uwitwa John Baptist Tumukorereki, ukomoka mu Karere ka Rukiga wapfuye ku itariki 16 Gicurasi 2021. Umurambo we iyi nkuru ivuga ko washyikirijwe abayobozi […]
Abayobozi 40 bâibihugu bya G7 bamaze kuva ku butegetsi bagasiga Putin akiyobora

Kuva yatorwa mu 2000, Perezida wâu Burusiya uriho ubu amaze kubona abayobozi 40 batandukanye bâibihugu 7 bikize cyane ku Isi, G7 bava ku butegetsi bakamusiga akiyobora. Vladimir Putin amaze kwicarana n’abayobozi babiri b’Abadage, Gerhard Schröder na Angela Merkel, abaperezida bane b’Abafaransa (Chirac, Sarkozy, Hollande na Macron), ba minisitiri bâintebe bane ba Canada, abaperezida batanu bâAbanyamerika, […]
Mali: Ingabo za Niger zishwe, Abafaransa barakomereka, hafatwa nâabayobozi ba EIGS

Muri Mali, imirwano yo kuwa Kabiri ushize, itariki 15 Kamena, yahuje n’abasirikare ba Niger n’u Bufaransa, bari mu gikorwa cyo gutata, nâabarwanyi bâabajihadiste bo mu mutwe wa Leta ya Kisilamu igice cya Sahara (EIGS), yaguyemo abasirikare babiri ba Niger undi arakomereka, ndetse abasirikare babiri bâAbafaransa bo muri Operation Barkhane nabo barahakomerekera nkâuko byatangajwe kuri uyu […]
Nicolas Sarkozy yongeye kugaragara mu rukiko yarakariye ubushinjacyaha
Kuri uyu wa Kabiri, uwahoze ari Perezida wâu Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yitabye urukiko, ahakana amakosa ashinjwa ndetse anagaragariza uburakari ubushinjacyaha ubwo yaburanishwaga kubera inkunga yaba yaratewe mu buryo butemewe nâamategeko nâuko yatsinze amatora yo mu mwaka wa 2012. Sarkozy, ufite imyaka 66, akurikiranweho kuba yarakoresheje hafi inshuro zikubye ebyiri miliyoni 22.5 z’amayero (miliyoni 27.5 $) […]
Ni ibihe bihano biza gusabirwa Rusesabagina nâabo bareganwa?
Urubanza Paul Rusesabagina areganwamo n’abandi 20 ibyaha by’iterabwoba byakorewe abaturage b’u Rwanda biteganijwe ko ruzakomeza kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Kamena mu Rukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga ndetse nâibyambukiranya Imipaka, aho ubushinjacyaha buzaboneraho gusabira ibihano abaregwa. Uru rubanza rwari rumaze gusubikwa hafi ibyumweru 3 kugira ngo ubushinjacyaha nâabaregwa babone umwanya uhagije wo kwitegura […]
Karongi: Imibiri 8,660 yâabazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubahiro
Kuri iki Cyumweru gishize, itariki 13 Kamena 2021, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Mubuga mu Karere ka Karongi hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 8,660 yâabazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi mibirimo irimo iyabonetse bwa mbere ndetse nâindi yimuwe mu mva zitandukanye hirya no hino mu Karere ka Karongi. Ni igikorwa cyitabiriwe nâabayobozi batandukanye barimo , Minisitiri wâUbutabera […]
Somalia: Byibuze abasirikare 15 biciwe mu kigo cyâimyitozo i Mogadishu
Byibuze abantu 15 kuri uyu wa Kabiri, biciwe mu gitero cyâubwiyahuzi cya bombe cyagabwe ku Kigo cya Gisirikare mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu. Abayobozi bari ku Bitaro bya Madina, aho uwahaye amakuru Reuters yabaze imirambo, bemeje ko koko aba bantu biciwe mu gitero cyagabwe mu gitondo ku kigo cya gisirikare. Nta mutwe nâumwe wahise […]
Kinshasa: Hategerejwe icyemezo gishobora gufungura Vital Kamerhe
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 15 Kamena 2021 ni bwo Urukiko rw’Ubujurire rwa Kinshasa/Gombe rutanga imyanzuro yarwo mu rubanza ruhuza Vital Kamerhe, Sammy Jammal n’ubushinjacyaha bwabareze kunyereza amafaranga yagenewe kubaka amazu yari agenewe abatishoboye. Ishyaka UNC (Union pour la Nation Congolaise), rya Vital Kamerhe, wahoze akora mu biro by’umukuru w’igihugu, Felix Tshisekedi, ritegereje ryihanganye […]
Canada: Umugaba Mukuru wungirije wâingabo yeguye kubera umukino wa Golf

Umugaba mukuru wâingabo wungirije wa Canada yeguye ku mirimo ye nyuma yo gukina umukino wa golf nâuwahoze ari umuyobozi mukuru wâingabo wâiki gihugu, ukomeje gukorwaho iperereza ku byaha byâubusambanyi. Lt. Gen. Mike Rouleau yavuze ko yatumiye Gen. Jonathan Vance ngo bakine golf “kugira ngo amenye niba ameze neza”. Mu nshingano yahozeho, Lt Gen Rouleau yari […]
Uganda: Umunyarwandakazi arakekwaho kwica mugenzi we bakoranaga
Igipolisi cya Uganda muri Karere ka Kanungu biravugwa ko kiri gukora iperereza ku rupfu rwâuwitwa Kembabazi Novious, wari umukozi wo mu kabari kitwa Green Tree Bar and Lodges gaherereye mu Mujyi wa Butogota bivugwa yishwe nâumunyarwandakazi. Urubuga commandonepost dukesha iyi nkuru rutavugwaho rumwe, aho rukunze gushinjwa gukoreshwa nâurwego rwâubutasi bwa gisirikare muri Uganda, CMI, ahanini […]
Umukambwe Keneth Kaunda wabaye perezida wa mbere wa Zambia yajyanwe mu bitaro
Kuri uyu wa Mbere, ibiro byâumukambwe Keneth Kaunda wahoze ayobora Zambia unafatwa nkâumubyeyi wâigihugu byatangajwe ko yajyanwe mu bitaro. Itangazo ryashyizwe ahagaragara, ryavuze ko Kaunda w’imyaka 97, “atameze neza kandi yinjijwe mu bitaro bya Gisirikare bya Maina Soko,biherereyevmu murwa mukuru Lusaka. Nta yandi makuru arambuye yatangajwe ku burwayi bwe. Kaunda yategetse Zambia imyaka 27, aho […]
Le Rwanda a remis aux autorités ougandaises un soldat intercepté sur le sol rwandais

Le Rwanda a remis dimanche soir aux autoritĂ©s ougandaises un soldat des Forces de dĂ©fense du peuple ougandais (UPDF) qui a Ă©tĂ© interceptĂ© sur le sol rwandais par une patrouille des Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF) samedi matin. RDF a dĂ©clarĂ© que le soldat, identifiĂ© comme le Sdt. Bukuru Muhuba, qui Ă©tait armĂ©, a […]
RDC: Umusirikare ufite ipeti rya Colonel, umugore we nâabarinzi be babiri bishwe
Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya colonel nâumugore we nâabarinzi be babiri kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 12 Kamena biciwe hagati yâuduce twa Lita na Lona, mu Murenge wa Walendu-Tatsi, muri Teritwari ya Djugu. Ku murongo wa telephone, JoĂ«l Mande, umuyobozi wâuyu murenge wahaye aya makuru urubuga 7sur7.cd dukesha iyi nkuru, yavuze ko inyeshyamba […]
Uwashinje Bagosora araburira Isi ku ihakana rya Jenoside yakorewe Abatutsi rikomeje gukwirakwira

Umunyamategeko wâUmunyakanada, Drew White Q.C, wari mu ruzinduko muri Nouvelle-ZĂ©lande, yakoze ku manza zâubushinjacyaha mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, rwashinzwe nyuma gato yâubwicanyi bwâibanze araburira Isi kubera guhakana jenoside yakorewe Abatutsi gukomeje gukwirakwira. Ati: âGuhakana jenoside bikomeje gukwirakwizwa na benshi mu bayikoze bahunze u Rwanda.â Ibi yabitangarije mu kiganiro Q + A. cya […]
Kinshasa: Urubanza uwahoze akuriye ubutasi aregamo umunyamategeko Muyambo
Kuri uyu wa mbere, itariki ya 14 Kamena 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Gombe muri Kinshasa haratangira urubanza rwâuwahoze ari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (ANR), Kalev Mutondo, aregamo Jean-Claude Muyambo. Aya makuru yemejwe nanâumunyamategeko Moba Cyprien, umwe mu bagize ihuriro ryâabavoka ryunganira uyu wahoze ari umuyobozi mukuru wa ANR. Nkâuko uyu munyamategeko abitangaza […]
Urugendo rwa Netanyahu kugeza yongeye kuba utavuga rumwe nâubutegetsi bwa gatatu
Benjamin Netanyahu kuri ubu yongeye kuba umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi nâumuyobozi wâishyaka Likud, National Liberal Movement nyuma yo gukurwa ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe yabayeho imyaka 15 yose hamwe (Kuva mu 1993-1996 no kuva 2005-2021), aba minisitiri wâintebe wa Israel wamaze igihe kinini mu mateka. Niwe kandi wa mbere wavukiye muri Israel nyuma yâishingwa ryâiki […]
Byinshi kuri Antoine AnfrĂ© wirukanwe muri Niger, akaba yagizwe Amb. wâu Bufaransa i Kigali
Nyuma yâimyaka 6 u Bufaransa butagira Ambasaderi mu Rwanda, nyuma yâuruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron, hemejwe ko uwitwa Antoine AnfrĂ© ari we ugiye guhagarira icyo gihugu mu Rwanda. Jeune Afrique yari yatangaje ko uyu mugabo ari we ushobora guhagararira u Bufaransa mu Rwanda. Ibi byaje no kuba impamo mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 12 Kamena, […]
OIF: Louise Mushikiwabo yakiriwe na Perezida KaĂŻs SaĂŻed wa Tunisia

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 11 Kamena 2021, Perezida KaĂŻs SaĂŻed yakiriye i Carthage Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, wasuye Tunisia, mu rwego rwo gukurikirana imyiteguro yâinama ya 18 ya Francophonie. Inama yabo yibanze ku myiteguro ya nyuma yâinama izabera ku kirwa cya Djerba mu Gushyingo 2021. Perezida wa Tunisia […]
USA: Umuntu utaramenyekana yarashe abantu bagera kuri 13 muri Austin
Nibura abantu 13 bakomeretse, babiri muri bo bikomeye, nyuma yo kurasirwa mu mujyi wa Austin, muri Texas kuri uyu wa Gatandatu, aho amasasu yarashwe mbere ya saa 1:25 za mu gitondo (06:25 GMT) ku muhanda wa gatandatu, agace kagendwa cyane kuzuyemo utubari na resitora. Umuyobozi w’agateganyo wa Polisi muri Austin, Joseph Chacon, yatangaje ko umuhanda […]
Impamvu USA ihatira UAE kwitandukanya na Huawei niba ishaka indege za F-35
Ikinyamakuru Bloomberg kiravuga ko Guverinoma ya Joe Biden irimo guhatira Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu (UAE) gusimbuza ikoranabuhanga rya Huawei Technologies Co ku muyoboro wâitumanaho ryazo, bitaba ibyo bikazagira ingaruka ku masezerano ya miliyari 23 zâamadolari yo kugura indege zâindwanyi zo mu bwoko bwa F-35 Lockheed Martin Corp na za drones UAE ishaka. Amerika yasabye UAE […]
Ikigo gishya cy’indwara zâumutima kizafasha nâabatabashaga kwigondera ubuvuzi bwazo
Mu Rwanda hagiye kubakwa ikigo gishya cyita ku ndwara zâumutima kizubakwa ku buso bwa hegitari enye kuri enye i Masaka mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali. Abayobozi bavuga ko imirimo yo kubaka iki kigo, kizubakwa nâIkigo cyâubushakashatsi ku ndwara zâumutima kitwa âHeart Care Research Foundation Rwanda (HCRF-R)âizatangira mbere yâimpera zâuyu mwaka nkâuko byatangajwe […]
Zambia: Urukiko rwemereye Perezida Edgar Lungu kwiyamamariza indi manda
Kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwa Zambia rwemereye Perezida uriho ubu, Edgar Lungu kwiyamamariza indi manda, bityo akaba azabasha kwitabira amatora ya perezida yo ku wa 12 Kanama. Urukiko rwanze icyifuzo cyâimiryango âLegal Resources Foundationâ, icya âChapter One Foundationâ, nâicyâumuhanga mu by’amateka, Sishuwa Sishuwa bifuzaga ko Lungu atakwemererwa indi manda, kubera […]
Bategereje ko mama azapfa kugira ngo bavuge ko ntacyo bamufiteho? â Jean-Luc Habyarimana
Ahazaza ha Agatha Habyarimana, ugeze mu za bukuru, umaze imyaka ibarirwa muri za mirongo agerageza kwirinda urubanza rwa jenoside kandi akomeje kuba mu Bufaransa, ni imwe mu ngingo z’ingenzi zikomeje kuvugisha abatari bacye mu gihe hakomeje urugendo rwo gutsura umubano hagati ya Paris na Kigali umaze kimwe cya kane cyâikinyejana ari gatebe gatoki. Uyu ni […]
Mali: U Bufaransa bwishe uwagize uruhare mu iyicwa ryâabanyamakuru 2 ba RFI mu 2013
Ingabo zâu Bufaransa zivuganye Baye Ag Bakabo, umwe mu bâingenzi bakekwaho kwica abanyamakuru babiri bâAbafaransa bakoreraga RFI, Ghislaine Dupont na Claude Verlon, muri Operation yabereye mu majyaruguru ya Mali. âBitwaga Ghislaine Dupont na Claude Verlon, bari Abafaransa, bari abanyamakuru. Ku ya 2 Ugushyingo 2013, bashimutiwe muri Mali bicwa nâabaterabwoba ba al-Qaeda muri Maghreb ya kisilamu. […]
RwandAir suspend ses vols vers l’Ouganda en raison de l’augmentation de Covid
La SociĂ©tĂ© Nationale des Transports AĂ©riens, RwandAir, a suspendu tous les vols vers l’aĂ©roport international d’Entebbe alors que l’Ouganda est aux prises avec une augmentation des cas de Covid-19. « En raison d’une augmentation des cas de Covid-19 en Ouganda, RwandAir annonce la suspension de ses vols vers Entebbe Ă compter du 10 juin 2021, jusqu’Ă […]
Musanze: Perezida arayobora umuhango wo gushyikiriza impamyabumenyi ba ofisiye 47

Biteganijwe ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aza kuyobora itangwa ryâimpamyabumenyi ku basirikare bakuru nâabapolisi 47 basoje amasomo yâumwaka umwe bahabwaga mu ishuri rikuru rya gisirikare (Senior Command and Staff College) riherereye mu Karere ka Musanze. Aya masomo akomeye yo kuyobora yahuriyemo abasirikare nâabapolisi bari ku rwego rwa Majoro na Koloneli. Iri shuri ryashinzwe ku […]
Umuriro watse hagati yâabanyapolitiki Philippe Mpayimana na Ingabire Victoire
Nyuma yâaho kuri uyu wa Kane, itariki 10 Kamena, umunyapolitiki Philippe Mpayimana yibasiye abanyapolitiki bagenzi be batavuga rumwe nâubutegetsi bakorera hanze yâigihugu no mu Rwanda, abashinja gukorera ba mpatsibihugu, Ingabire Victoire uri mu batunzwe urutoki nawe yasubije Mpayimana avuga ko ntacyo ari cyo kuburyo yamuha amasomo. Ibi Mpayimana yabitangaje mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru cyabereye mu […]
Minisitiri wâIntebe wa Centrafrica, Firmin Ngrebada, yeguye na guverinoma ye
Minisitiri wâIntebe wa Centrafrica, Firmin Ngrebada, kuri uyu wa Kane, yatangaje ko yashyikirije ubwegure bwe, Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra, wongeye gutorwa mu Ukuboza. “Maze gushyikiriza nyakubahwa Perezida wa Repubulika Faustin-Archange TouadĂ©ra ukwegura kwanjye ndetse nâukwa guverinoma.” Minisitiri wâintebe wa Centrafrica, Firmin Ngrebada, yabitangaje ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Kamena, ashimangira […]
U Bubiligi: Abadepite basabye guverinoma kuganira nâu Rwanda uko Rusesabagina yacyurwa
Kuri uyu wa kabiri ushize,itariki 08 Kamena 2021, Komite ishinzwe Ububanyi nâAmahanga yâInteko Ishinga Amategeko yâu Bubiligi yemeje icyifuzo cyâumwanzuro wa Els Van Hoof, Perezida wâishyaka Christen-Democratisch en Vlaams (CD&V ) gisaba guverinoma gutangiza ibiganiro na Guverinoma yâu Rwanda ku bijyanye no gucyura Paul Rusesabagina (ufite ubwenegihugu bwâu Bubiligi), ubu uburanishwa i Kigali. Bwana Rusesabagina, […]
L’avocat Bukuru Ntwali s’est suicidĂ© – RIB
Un avocat de la ville dĂ©cĂ©dĂ© la semaine derniĂšre aprĂšs ĂȘtre tombĂ© d’un immeuble du centre-ville de Nyabugogo, dans le district de Nyarugenge, s’est suicidĂ©, a dĂ©clarĂ© le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB), mettant en garde contre les personnes colportant des mensonges selon lesquelles il a Ă©tĂ© assassinĂ©. Le porte-parole de RIB, le Dr Thierry […]
Mu gihe kitageze ku kwezi abasaga 100 bamaze gufatwa bakekwaho gutera inda abana
Intara y’Iburasirazuba yatangaje ko abagabo 117 bakekwaho gutera inda abangavu bamaze gutabwa muri yombi mu gihe cy’ibyumweru bitatu bagashyikirizwa inzego z’iperereza kugira ngo bazashyikirizwe ubutabera. Guverineri w’intara, Emmanuel Gasana, yavuze ko ibyo ari bimwe mu bikorwa byahurijwe hamwe mu bukangurambaga bugamije kugira imidugudu itarangwamo ibyaha, byibanze ahanini ku guteza imbere umuryango no gukemura ibibazo byâingutu […]
Umwarimu mu bya gisirikare, intasi muri CMI, Maj (Rtd) Jessica Alupo, Visi Perezida wa Uganda
Visi Perezida mushya wa Uganda, Maj (Rtd) Jessica Alupo, wagenwe kuri uyu mwanya na Perezida Museveni kuwa Kabiri ushize, ni umugore wâumuhanga kandi wâintararibonye mu bya gisirikare, ubutasi na politiki, wavuga ko agiye gufasha umukuru wâigihugu cya Uganda muri izi nzego zose afitemo ubunararibonye bitewe nâimyanya yagiye abamo, akaba ari umugore rero utapfa gufata nkâumuntu […]
Ngoma: Akurikiranweho kwica uwari inshuti ye arangije amujugunya mu musarane
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 08 Kamena, bwaregeye mu mizi umugabo ukekwaho kwica umugabo wari inshuti ye yarangiza akamujugunya mu musarani. Kuwa 23 Gicurasi 2021 nibwo Urwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rwakiriye amakuru avuye mu nzego zâibanze avuga ko mu Mudugudu wa Nkoyoyo, mu Kagari ka Basagara, mu Murenge […]
U Bufaransa bwoherereje USA indi mpano ya “Statue de LibertĂ©”
Nyuma yâimyaka 135 u Bufaransa buhaye Leta Zunze Ubumwe impano ya mbere yâikimenyetso cyâubwisanzure izwi nka âStatue de LibertĂ©â bwongeye kubaha indi mpano nkâiyi itegerejwe ku cyambu cya New York ku itariki 04 Nyakanga ubwo iki gihugu kizaba kizihiza umusinzi wâubwigenge. Biteganyijwe ko indi kopi ya Statue de LibertĂ© yahagurutse ku cyambu cya Havre ku […]
Burundi: Abayisilamu bikomye minisitiri Gervais Ndirakobuca
Abayisilamu bo mu gihugu cyâu Burundi bikomye minisitiri wâumutekano Gen. Gervais Ndirakobuca bamushinja gushaka gusenya imigenzo yâidini ryabo nyuma yâaho uyu anengeye umuhamagaro wâamasengesho ya saa cyenda zâijoro avuga ko indangururamajwi zikoreshwa ninjoro yumva atari zo zatuma umuntu usanzwe afite inshingano yo kuzinduka asenga abyuka. Mu magambo ye nkâuko tubikesha urubuga rwa UbmNews, Gen Ndirakobuca […]
Ku nshuti yâuwakubise urushyi Perezida Macron hasanzwe imbunda nâigitabo cya Hitler
Kuri uyu wa Kabiri nimugoroba, amazu yâumuntu wakubise urushyi perezida Macron nâinshuti ye yari yamuherekeje yasatswe nâabashinzwe iperereza, bivugwa ko bahasanze imbunda nâigitabo cyanditswe na Hitler. Kugeza kuri uyu wa gatatu nyuma ya saa sita, aba basore babiri b’imyaka 28, batuye DrĂŽme, bari bagifunzwe nyuma yuko umwe muri bo akubise urushyi mu maso Perezida wâu […]
Ku nshuro ya mbere indege itagira umupilote yongereye lisansi indege yâintambara ziri mu kirere
Ku nshuro ya mbere, abayobozi bavuze ko indege idafite abapilote yongereye amavuta mu ndege yâintambara yâAbanyamerika hagati mu kirere nkâuko abayobozi babitangaje kuwa Mbere ushize. Iyi ndege yâintambara yo mu bwoko bwa F / A-18 Super Hornet na drone yakozwe na Boeing byahujwe mu nâitiyo ya pulasitike yanyujijwemo amavuta yâindege iri mu kirere kuwa Gatanu […]
Muhanga: Ubushinjacyaha bukurikiranye uwishe inshuti ye yâumumotari akamwiba moto
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuwa Mbere ushize bwaregeye Urukiko rwâIbanze rwa Nyamabuye, busabira ifungwa ryâagateganyo mu gihe hagikorwa iperereza umusore ukekwaho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto. Umusore wâimyaka 26 yâamavuko, akekwaho kuba yariciye umumotari mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagali ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga, Intara yâAmajyepfo, ku itariki […]
Centrafrica: U Bufaransa bwahagaritse inkunga bwateraga ingengo yâimari nâubufatanye mu bya gisirikare
U Bufaransa bwemeje ko bwahagaritse inkunga bwateraga ingengo yâimari yâigihugu cya Centrafrica ndetse bwanahagaritse ubufatanye mu bya gisirikare bwari bufitanye nâiki gihugu. I Paris, Minisiteri yâingabo iravuga ko hari ubukangurambaga bwihwishwe inyuma nâu Burusiya bugamije kurwanya u Bufaransa kandi abayobozi ba Centrafrica bakaba babifitemo uruhare. Abafaransa bibasiwe ni abakorerabushake batanu bakoranaga na Minisiteri yâingabo, urubyiruko, […]
Huye: Rurageretse hagati yâabaturage nâumupasiteri bashinja kubasibira inzira
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Tumba baravuga ko bahangayikishijwe nâumupasiteri uri guhinga umuhanda wo muri karitsiye bakoreshaga bataha mu ngo zabo, mu gihe uyu mupasiteri we avuga ko ntawe ukwiye kumutegeka uko akoresha ubutaka bwe. Aba baturage ni abatuye mu Kagari ka Gitwa mu Mudugudu wa Rebero bavuga ko hashize imyaka myinshi bafite […]
Abaherwe ba mbere ku Isi nka Jeff Bezos na Elon Musk baravugwaho gukwepa imisoro
Raporo yâiperereza yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri ivuga ko benshi mu Banyamerika bakize nta musoro ku nyungu batanze mu myaka mike ishize, ubwo Washington yasuzumaga ibyifuzo bishya byo gukemura ikibazo cyo kunyereza imisoro cyâabantu bakize ndetse nâamasosiyete. Raporo yateje urunturuntu, yakozwe nâikinyamakuru ProPublica gikorera i New York, yerekanye ko Umuyobozi wa Amazon, Jeff Bezos, […]
Mpfa buri munsi â Umusirikare wa Israel wafashwe bugwate na Hamas
Hamas yasohoye amajwi yâumugabo ivuga ko ari imbohe yâUmunya-Israel yafatiwe muri Gaza, nyuma yâicyumweru umuyobozi wâuyu mutwe wâabarwanyi bâAbanyapalesitine avuze ko yiteguye kugirana imishyikirano yo guhererekanya imfungwa na Israel. Mu majwi yashyizwe ahagaragara na Al-Jazeera, ishami ryayo ryâIcyarabu ku cyumweru, uyu mugabo yumvikana avuga ko ari “umusirikare wa Israel wafashwe mpiri” na Hamas kandi ko […]
Le Rwanda et l’Arabie saoudite discutent des relations bilatĂ©rales
Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres et de la CoopĂ©ration, Dr Vincent Biruta, a accueilli lundi dans son bureau le ministre d’Etat saoudien chargĂ© des Affaires africaines, l’ambassadeur Ahmed Kattan, en visite officielle dans le pays. “Les deux ministres ont discutĂ© du renforcement des relations bilatĂ©rales et ont signĂ© un accord gĂ©nĂ©ral de coopĂ©ration”, lit-on dans […]
Yaciye agahigo kari gafitwe n’umugore wo muri Mali nyuma yo kubyara abana 10
Umugore wo muri Afurika yabyaye abana 10, aca agahigo ka Guiness World Record kari gafitwe nâUmunyamalikazi, Halima Cisse, uherutse kubyarira muri Maroc abana 9 mu kwezi gushize. Nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru byo muri Afurika yâEpfo, Gosiame Thamara Sithole wâimyaka 37, yabanje kubagwa kugirango abyazwe abana bâabahungu 7 nâabakobwa 3, ahita aba umugore ukicuye agahigo ko kubyara […]
Amafoto: Hibutswe umwaka ushize Pierre Nkurunziza apfuye hanizihizwa Umunsi wo gukunda igihugu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Kamena 2021, mu gihugu cyâu Burundi hizihijwe umunsi wo gukunda igihugu wahuriranye no kwizihiza umwaka ushize Perezida Pierre Nkurunziza apfuye, mu muhango wabereye mu Murwa Mukuru wa politiki, Gitega. Uyu muhango witabiriwe nâumukuru wâigihugu, Evariste Ndayishimiye nâumufasha we, bakikijwe nâumuryango wa nyakwigendera Pierre Nkurunziza, umugore nâabana babo, ukaba wabereye […]
ICC: Haratangwa umwanzuro ku bujurire bwâ âUmubazi wa Bosniaâ, Ratko Mladic
Mu 2017, Ratko Mladic wamenyekanye nkâ âUmubazi wa Bosniaâ yajuririye igihano cy’igifungo cya burundu kubera ibyaha by’intambara byakorewe muri Bosnia hagati ya mu myaka ya za 90. Abacamanza bo mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha i La Haye basobanuye amarorerwa yakozwe n’abasirikare bayobowe na Mladic nkâamwe “mu bikorwa byâurwango biruta ibindi byamenyekanye ku bantu”. Ibyavuye mu bujurire […]
U Bufaransa bwaciye Google ihazabu ya miliyoni zisaga 200 zâAmadolari
U Bufaransa bwahanishije Google ihazabu y’amadolari miliyoni 268 kubera kwikubira isoko ryo kwamamaza nyuma yâikirego cy’amasosiyete atatu y’itangazamakuru yitwa News Corp, Figaro na Rossel. Ibi bigo byâitangazamakuru byashinje Google kubizibira amayira kandi umutungo wabyo munini uturuka mu iyamamaza, ahubwo igakoresha serivise zabyo bwite mu rwego rwo kwamamaza ibicuruzwa ku ikoranabuhanga. Ikigo cya leta cyâu Bufaransa […]
RDC: Umupfakazi wa Gen Kahimbi nâabo bareganwaga kugira uruhare mu rupfu rwe bagizwe abere
Abaregwaga bose mu rubanza rwâiyicwa rya Gen. Delphin Kahimbi, barimo umugore we na nyirabukwe bagizwe abere. Mu cyemezo cyarwo cyatanzwe ku wa mbere, tariki ya 7 Kamena muri gereza nkuru ya Makala i Kinshasa, Urukiko Rwisumbuye rwavuze ko nta kirego rwasigaranye ku baregwa. Mu gihe nta bimenyetso bifatika byerekeranye n’iyicwa ry’uwahoze ari umuyobozi w’ubutasi bwa […]
Karasira devra faire face à des accusations supplémentaires
Le youtubeur controversĂ© Aimable Uzaramba Karasira, qui a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© par le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) le 31 mai, devrait faire face Ă des accusations supplĂ©mentaires en plus des accusations mentionnĂ©es prĂ©cĂ©demment de nĂ©gationnisme et d’incitation Ă la division. L’ancien professeur d’universitĂ©, qui a Ă©tĂ© limogĂ© par l’UniversitĂ© du Rwanda (UR) en aoĂ»t de l’annĂ©e […]
Hari uwambajije niba koko ngurutsa kajugujugu cyangwa ndi ikimenyetso gusa cyâumugore w’umupilote â Lt Rugazora

Umwe mu basirikare bâigitsinagore u Rwanda rufite batwara indege za kajugujugu witwa Lt Meron Rugazora, yatangajwe nâikibazo umwe mu bantu bamukurikira yamubajije yibaza niba koko atwara kajugujugu cyangwa ari ukubyitirirwa gusa, ibintu abona ari nkâimyumvire ikiri hasi yâabantu bamwe muri iki kinyejana. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter rero, Lt Rugazora yagize ati â Ejo […]
Irak: Abayobozi bâinzego zâubutasi bakomeje kwicwa mu gisa nko guhorera Gen Soleimani
Umwe mu bayobozi bakuru bubutasi bwa Irak mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yiciwe mu burasirazuba bwa Baghdad, igikorwa cya kabiri cyâubu bwoko bivugwa ko kimaze kuba mu mezi atatu ashize. Inzego zâumutekano zâiki gihugu ziravuga ko abantu bitwaje intwaro batazwi barashe uyu mukoloneri wo mu nzego zâubutasi ubwo yari arimo kwerekeza ku kazi […]
Abakuru bâibihugu 10 bafite uburinzi buhambaye muri Afurika

Mu bihugu byinshi ku isi, abaperezida batorwa nâabaturage kandi kugira ngo aba Perezida basohoze inshingano zabo neza, bahabwa uburinzi buhambaye. Ku mugabane wa Afurika, abaperezida bâibihugu byose bya Afurika nabo bahabwa uburinzi buhambaye kugira ngo imirimo ikorwe neza. Nubwo bimeze bityo ariko, abaperezida bamwe bo muri Afrika bafite uburinzi burenze ubwâabandi ubigereranyije nkâaba 10 ba […]
Umupolisi yafatiwe mu cyuho agerageza kugurisha imbunda
Igipolisi mu Karere ka Lira, mu gihugu cya Uganda cyataye muri yombi abagabo babiri barimo nâumupolisi bazira kugerageza kugurisha imbunda kuri miliyoni 2 zâAmashilingi. Abafashwe ni Police Constable Emmanuel Onyango, ukorera kuri station ya polisi ya Bugweri, ndetse na Isaac Ochaka, umuturage utuye mu mujyi wa Aduku, mu Karere ka Kwania. Nkâuko tubikesha urubuga Commandonepost, […]
Rwamagana: Haravugwa iraswa ryâabantu babiri bagerageje kurwanya abapolisi
Amakuru aturuka mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Kigabiro, Akagari ka Sibagire, mu Mudugudu wa Kamanga, aravuga ko kuri uyu wa Gatandatu ushize, polisi yarashe abagabo babiri nyuma yo gutera amabuye abapolisi bari bagiye kubaza impamvu bari kunywa inzoga basinze barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 na nyuma yo guhohotera umupolisikazi wari ubabajije impamvu […]
Tumeze nkâuruhu rwâimbwa bajugunye ku karubanda â Umwe mu baturage ba Gisozi basenyewe
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gisozi, Akagari ka Musezero, mu Mudugudu wâAmarembo, ho mu Karere ka Gasabo, basenyewe babwirwa ko aho batuye hatemerewe guturwa bavuga ko batarahabwa ingurane ndetse nâamafaranga bari bemerewe yo kuba bakodesha mu gihe batarahabwa ahandi ho kuba bayaheruka muri Mata umwaka ushize kuri ubu bakaba barimo kwangara batagira aho […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi ziri guhiga bukware mugenzi wazo zishaka kumwica
Amakuru aturuka mu nkambi ya Nduta mu gihugu cya Tanzania, aravuga ko hari agatsiko kâimpunzi zâAbarundi zitwaje intwaro gakondo zimaze iminsi zihiga bukware indi mpunzi zifuza kumwivugana, uyu ngo akaba atakirara iwe. Aka gatsiko bivugwa ko kamaze iminsi karara amarondo yâijoro gashaka kwivugana mugenzi wabo wahoze ari umuyobozi wa Zone ya 21. Aka gatsiko ngo […]
Bishobotse mu minsi iri imbere Nigeria yaba yitwa Repubulika Yunze Ubumwe ya Afurika (UAR)
Ese umuntu wo muri Repubulika Yunze Ubumwe ya Afurika yaba ngwâiki? Igisubizo gikomeje kuraza abanyanijeriya benshi badasinziriye mu gihe bateganya guhindura izina ryâiki gihugu. Amakuru aturuka muri nigeria avuga hashize ibyumweru bibiri, abadepite bazenguruka igihugu bakusanya ibitekerezo byâabaturage kugira ngo bahindure itegeko nshinga. Igitekerezo cyari ugukusanya ibitekerezo byagenderwaho mu kuvugurura itegeko nshinga na gahunda ya […]
Uganda: Brig. Deus Sande arashinja abasivili bitangiye kurinda kuba ari bo bahindukira bakabica
Umuyobozi wa Brigade ishinzwe gukoresha ibimodoka byâintambara mu Gisirikare cya Uganda, Brig Deus Sande, yagaragaje impungenge z’impamvu ” abasirikari bibasirwa nyamara baratanze byinshi kugira ngo igihugu gikomeze kugira umutekano, ashinja abasivili barinda kuba ari bo barimo barabahindukirana bakabibasira. Kuri wa Gatanu, Brig Sande yavugiye ijambo mu ishyingurwa rya nyakwigendera Haruna Kayondo, umushoferi wa Gen Edward […]