Perezida Ndayishimiye yahinduye abavugizi be

Prezida Evariste Ndayishimiye w’ u Burundi yashyizeho abavugizi be bashya; aho umushya muri iyo mirimo ari Alain Diomede Nzeyimana, akaba yungirijwe na Doriane Munezero. Aba bombi bava mu ishyaka riri ku butegetsi ariryo CNDD-FDD. Nzeyimana yasimbuye Evelyne Butoyi wari umaze umwaka n’amezi ane muri uwo mwanya. Bamwe batangiye gukeka ko uyu mugore yaba agiye guhabwa […]

Icyo RIB ivuga ku kuba Umunyamabanga wa FERWAFA ukekwaho ibyaha yarasubijwe mu kazi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ruvuga ko kuba Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA ukurikiranyweho ibyaha yarasubijwe mu kazi byabazwa iri shyirahamwe kuko bitarureba ndetse ko rwamaze gukora akazi karwo. Ishyirahamwe ry’Umupra w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryasubije mu kazi Umunyamabanga Mukuru waryo, Muhire Henry Brulart nyuma y’ibyumweru bibiri ahagaritswe ku mpamvu zo kubazwa inshingano. Umuvugizi wa RIB, Dr […]

Uko byagenze ngo umugabo w’ i Nyanza akekweho gusambanya umukobwa yibyariye

Umugabo w’imyaka 33 y’amavuko wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza, ukurikiranyweho gusambanya umwana we w’umukobwa, yavuze ko yabyohejwe n’inzoga yari yanyoye, zanatumye irari rye rizamuka. Uyu mugabo ukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 12 y’amavuko, akekwaho gukora aya mahano cyumweru gishize, mu ijoro ryo ku ya 29 Kamena 2022 mu Mudugudu wa Kigarama, […]

Igihe cy’ubukode bw’ubutaka cyongerewe

Igihe cy’ubukode bw’ubutaka cyongerewe kigera ku myaka 99 kivuye ku myaka 49 nkuko bikubiye mu iteka rya Minisitiri w’intebe riherutse gusohoka tariki 3 Nyakanga uyu mwaka. Ibi bikubiye mu iteka rya minisitiri w’intebe No 008/03 ryo kuwa 03 Nyakanga 2022, rigena uburyo bwo gutanga no kubona ubutaka, ubwo kubukodesha mu buryo burambye n’ubwo gutiza no […]

PM Boris refuses to quit as many officials resign in protest

Aljazeela British Prime Minister Boris Johnson has told MPs he would “keep going” despite a growing list of Conservative ministers and other officials resigning in protest over his handling of the case of a senior official accused of sexual misconduct. A delegation of Cabinet ministers planned to meet with Johnson at his Downing Street office […]

Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye

Uwitwa Phiona Kanuuna akaba umugore w’umukozi ukorera Urwego rushinzwe Itangazamakuru muri Uganda, Uganda Media Centre (UMC), yandikiye Perezida Museveni Yoweli kaguta, amusaba kuhagoboka kuko asanga umuhungu we akaba n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, akora ibyo u Rwanda rumusabye byose, ibintu avuga ko biteye inkeke. Uyu mugore avuga ko umugabo we Katureebe […]

Uganda adopts Kiswahili as official language

Uganda Cabinet has approved the adoption of Kiswahili as an official language and directed that it be made a compulsory subject in primary and secondary schools. The government set up the Uganda National Kiswahili Council in 2019 to guide the introduction of Kiswahili as the second national (official) language. The Cabinet decision, Uganda says, is […]

Abitwaje intwaro bagabye igitero kuri ‘convoy’ ya Perezida Buhari

Abagabo bitwaje imbunda bagabye igitero ku rukurikirane rw’imodoka rw’itsinda rya Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari muri Leta ya Katsina avukamo iri mu majyaruguru y’igihugu. Abantu babiri bo mu itsinda ririmo abashinzwe umutekano we n’abashinzwe gutangaza amakuru ni bo bakomeretse, nkuko bikubiye mu itangazo rya Garba Shehu, Umuvugizi wa Perezida Buhari. Urwo rukurikirane rw’imodoka ni urw’izari […]

Kigali: Hari abashatse gufata utwangushye ngo bahunge ku munsi mukuru wo kwibohora

Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko ibishashi by’ibyishimo byaturikijwe ku munsi wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 28 yo Kwibohora, byabakanze bakabanza kugira ngo ni amasasu, ndetse ko hari abari batangiye gutekereza gufata utwangushye, bagahunga. Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 04 Nyakanga 2022 ubwo Abanyarwanda bizihizaga isabukuru y’imyaka 28 yo kwibohora, haturikijwe […]

M23 yaba yafashe Umujyi wa Rutshuru na Busanza

Hari amakuru avuga ko kuri ubu M23 ariyo iri kugenzura Umujyi wa Rutshuru n’agace kitwaBusanza nyuma y’imirwano idakanganye kuko bivugwa ko abahagenzuraga bakuyemo akabo karenge. Aya makuru avuga ko Gurupoma ya Busanza yagenzurwaga n’umutwe wa RUD-Urunana n’umujyi wa Rutshuru ukagenzurwa na FDLR. Hari amakuru ko nta mirwano ikaze yabaye, maze FARDC yerekeza ahitwa Rwindi, kuri […]

Congo’s Tshisekedi to meet Kagame in Angola

President FĂ©lix Tshisekedi of DR Congo has yesterday landed in Luanda, Angola, where it is slatted that he is meeting Rwandan counterpart, Paul Kagame to discuss Congo crisis. DRC high office on Twitter confirmed the development citing President erezida JoĂŁo Lourenço, will also present in the meeting on July 6. Tshisekedi’s special envoy, Serge Tshibangu […]

Gasabo maid accused of murdering nine-year-old to appear in court

Solange Nyirangiruwonsanga, who is suspected of murdering a nine-year-old boy, will on Monday, July 11, appear before Gasabo Intermediate Court where she is expected to seek bail. The suspect was working as a maid at the victim’s home in Ndera Sector, Gasabo District where the incident happened on June 12, when his father had left […]

Abasirikare ba FARDC igihumbi baravugwaho guta ibirindiro byabo bya Matebe na Kabindi bagaghunga

Abasirikare b’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bahanganye n’umutwe wa M23, baravugwaho gucika intege ndetse bamwe batangiye guhunga urugamba aho abagera mu 1 000 bahunze aho bari mu birindiro bya Kabindi na Matebe. Ikinyamakuru Goma News 24 gitangaza ko abasirikare ba FARDC bari mu birindiro byabo bya Kabindi na Matebe, babivuyemo. Iki kinyamakuru […]

Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali

Mu gihe abantu bagera ku 6000 bari bateraniye i Kigali mu Nama y’ibihugu bikoresha Icyongereza yiswe CHOGM, hari abantu bashatse kuyirogoya binyuze mu guhungabanya umutekano w’abatuye Kigali ariko inzego z’umutekano zibatanga imbere. Perezida Paul Kagame yabibwiye RBA ubwo bamubazaga icyo avuga ku bantu bavugaga ko abarashe mu Rwanda muri Musanze na Burera bibwiraga ko ubuyobozi […]

Abatazwi bari kuri moto barashe abantu i Gatsibo

Abantu bakekwa ko ari amabandi baje kuri moto biyita Abapolisi bakorana n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahooro (RRA), barashe abaturage babiri bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, ariko Imana ikinga akaboko ntihagira uhasiga ubuzima mu gihe abarashe bahise bacika. Abaturage bahaye amakuru RadioTV10 dukesha iyi nkuru, bavuze ko iki gikorwa cyabaye ku gicamunsi cyo […]

Umusore w’i Huye bamufatiye muri gare ya Nyamata yibye televiziyo na dekoderi

Umukozi wo mu rugo witwa Rukundo Jean de la Croix w’imyaka 24  yafatanywe ibikoresho byo mu nzu birimo Televiziyo yari yibye mu rugo yakoragamo rwo mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, bamusatse bamusangana n’ibihumbi 96 Frw. Rukundo yafashwe ku wa Mbere tariki 03 Nyakanga 2022, afatirwa mu Kagari ka Nyamata mu Murenge wa […]

Rwanda not responsible for DR Congo, M23 war- Kagame

President of Rwanda, Paul Kagame has cleared air that Rwanda is not responsible for the war between DR Congo and M23 rebels, citing Kinshasa should deal with it accordingly for it is on her territory. In an interview that reflected on various issues with national broadcaster yesterday, Kagame said that the DRC crisis should be […]

US: Ukekwaho kurasa mu kivunge akica abantu yafashwe

Polisi y’Amerika yataye muri yombi umugabo ucyekwa, nyuma yuko abantu batandatu bishwe barashwe mu mutambagiro wo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge, hafi y’i Chicago. Polisi ivuga ko Robert E Crimo III, w’imyaka 22, yafunzwe nyuma yo kumwirukankana igihe gito nk’uko BBC yabitangaje Abandi bantu batari munsi ya 24 bakomerekeye mu mujyi wa Highland Park, muri leta […]

Perezida Kagame yahishuye icyo u Rwanda rwakoze ubwo rwamenyaga ko M23 ishobora kubura imirwano

Perezida Paul Kagame yavuze ko mbere y’uko umutwe wa M23 wubura imirwano, u Rwanda rukurikije amakuru rwari rufite rwari rwavuganye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruyiburira ko hari ikiri gututumba, ko ikwiye kugira icyo ikora ariko ikinangira. Perezida Paul Kagame yabivuze kuri uyu wa Mbere tariki 04 Nyakanga 2022 mu kiganiro yagiranye n’Urwego rw’Igihugu […]

Community Liaison Officer AO at The British High Commission in Rwanda

View Vacancy – Community Liaison Officer AO (04/22 KG) The British Government is an inclusive and diversity-friendly employer. We value difference, promote equality and challenge discrimination, enhancing our organisational capability. We welcome and encourage applications from people of all backgrounds. We do not discriminate on the basis of disability, race, colour, ethnicity, gender identity, religion, […]

Ufite inkomoko mu Rwanda yahawe umwanya ukomeye muri Leta y’Ubufaransa

HervĂ© Berville, wari usanzwe ari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa akaba anafite inkomoko mu Rwanda, yinjiye muri Guverinoma y’u Bufaransa nk’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa byo mu Nyanja (SecrĂ©taire d’État Ă  la Mer) uhereye kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022. Berville w’imyaka 32 yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko ahagarariye ishyaka La Republique En […]

Tanzania taken to court over handling of teen mothers

Three prominent human rights organisations have petitioned the African Court for Human and Peoples Rights to hasten the resolution of a two-year-old case seeking to scrap Tanzania’s controversial directive that in 2017 banned pregnant teenagers, child brides and teenage mothers from going back to school. The Initiative for Strategic Litigation in Africa, Women’s Link Worldwide […]

Meya yashyingiranwe n’ingona yari yambaye ikanzu y’ubukwe barasomana (Amafoto)

2_screenshot_2022-07-01_at_153900.png

Meya wa San Pedro Huamelula mu gihugu cya Mexique, Victor Hugo Sosa, yashyingiranwe n’ingona yari yambaye ikanzu y’ubukwe, yitwa Litte Princesss (Igikomangomakazi gito), barasomana nk’umugeni n’umukwe mu rwego rwo guhuza ububasha bwa muntu n’izindi mbaraga ziva mu ijuru. Iyi ngona ifatwa nk’Ikigirwamana, ifite imyaka irindwi, yakoranye ubukwe gakondo na Meya Hugo mu gace ka San […]

Umunyamakuru Robert Cyubahiro McKenna wa RBA yarusimbutse

fwugfiwxkaa4aps-1024x570.jpg

Umunyamakuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), Robert Cyubahiro McKenna, yarusimbutse nyuma yo gukora impanuka, yashwanyaguje igice cy’imbere cy’imodoka yari imutwaye. Robert McKenna kuwa 3 Nyakanga 2022, yatangaje ko yakoze impanuka y’imodoka ariko Imana igakinga akaboko. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter buherekejwe n’ifoto igaragaza imodoka ye yakoze impanuka ikangirika cyane, yagize ati “Isumbabyose yavuze ngo ‘ndacyagukeneye’. Ubu […]

M23 yavuze ku birego ishinjwa byo kurasa ibisasu mu kigo cya MONUSCO i Kibindi

Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, yahakanye amakuru avuga ko uyu mutwe warashe za rokete mu birindiro bya MONUSCO biri ahitwa Kibindi, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Kuwa Gatanu nibwo MONUSCO yatangaje aya makuru, ivuga ko M23 yarashe ibisasu bitatu bya rokete mu kigo cyayo. Ntabwo yatangaje niba hari uwo byishe, byakomerekeje […]

M23 ku bivugwa ko abarwanyi bayo 27 baguye mu mirwano na FARDC

Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma yahakanye amakuru avuga ko Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, kivuga ko cyishe abarwanyi 27 b’uyu mutwe mu mirwano yabereye ahitwa ntamugenga, muri Teritwari ya Rutshuru, gifata ibikoresho n’imiti byabo. Amakuru aturuka ku rwego rw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru avuga ko muri iyi mirwano yabereye mu gace ka […]

Libya: Abigaragambya bigabye mu nyubako y’inteko ishingamategeko barayitwika

Abigaragambya biraye mu nyubako y’inteko ishingamategeko ya Libya mu mujyi wa Tobruk mu burasirazuba ndetse bitangazwa ko batwitse igice kimwe cy’iyi nyubako. Amafoto yatangajwe ku mbuga za internet yerekana umwotsi, mu gihe abigaragambya batwikaga imipine hanze y’iyi nyubako. Hashize igihe haba imyigaragambyo mu yindi mijyi yo muri Libya mu kwamagana ibura ry’umuriro w’amashanyarazi, izamuka ry’ibiciro […]

Umunyamakuru Cyuma Hassan ‘agiye gusohora igitabo’

Amakuru akomeje gucicikana ni avuga ko Umunyamakuru Niyonsenga DieudonnĂ© uzwi nka Cyuma Hassan, kuwa 31 Kanama 2022 azashyira hanze igitabo kizasohoka mu rurimi rw’Icyongereza. Cyuma washinze cano (channel) ya YouTube yitwa ISHEMA TV afungiwe muri Gereza ya Mageragere i Kigali. Nyir’ubwite ntacyo aravuga kuri aya makuru n’ibizaba bigikubiyemo niba koko yaracyanditse. Mu Gushyingo 2021, Urukiko […]

Dr Biruta yashyikirije Perezida Ndayishimiye ubutumwa ‘bwihariye’ bwa mugenzi we Kagame (Amafoto)

fwmxzqvwaak7onf.jpg

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta ari kumwe na Brig Gen Vincent Nyakarundi uyobora ubutasi bwa gisirikare, bakiriwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye nyuma y’ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge, amugezaho ubutumwa bwihariye bwa mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame. Itariki ya 1 Nyakanga buri mwaka ni yo […]

USA: Umuhungu wa Bazivamo Christophe yasanzwe yapfuye

christophe-bazivamo-the-deputy-secretary-general-of-east-african-community-delivers-remarks-during-the-meeting-in-kigali-on-february-16.-all-photo-by-craish-bahizi.jpg

Polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Arkansas, iri gukora iperereza ku rupfu rw’umuhungu w’umunyepolitiki w’Umunyarwanda, Christopher Bazivamo witwa Hirwa Nshuti Bruce, wasanzwe hafi y’inyubako abanyeshuri ba Kaminuza ya Arkansas babamo yapfuye. Amakuru ari gucicikana avuga ko mu ijoro ryo ku wa 28 Kamena, Hirwa yari kumwe n’abandi bagenzi be bari […]

Impaka zadutse kuri Dj Dizzo usigaje igihe gito cyo kubaho ku bw’amakuru yagiye hanze

Derrick Mutambuka uzwi nka DJ Dizzo wabwiwe ko asigaje igihe gito cyo kubaho kubera uburwayi afite, hatahuwe ko yigeze gukatirwa gufungwa imyaka 9 n’Inkiko zo mu Bwongereza kubera gufata ku ngufu, ingingo yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga. Kuri uyu wa Kane tariki 30 Kamena 2022, ku mbuga nkoranyambaga ni bwo hatangiye gusakazwa inkuru zanditswe kuri […]

Senateri Evode Uwizeyimana ku mpamvu u Rwanda rutizihije yubile y’imyaka 60 y’ubwigenge

Umusenateri mu Rwanda, Evode Uwizeyimana, avuga ko nta mpamvu ihari yatuma Abanyarwanda bizihiza imyaka 60 babonye ubwigenge kuko ngo ikintu cyabaye kuwa 1 Nyakanga 1962, kitakwitwa ubwigenge. Senateri avuga ko impamvu ubu ibyo u Rwanda rwahawe n’Ububiligi atari ubwigenge harebwe ko kuri uwo munsi nyir’izina abantu bishwe no ku minsi yakurikiye kugeza kuwa 4 Nyakanga […]

Reason why Rwanda will not celebrate diamond independence jubilee

Friday, July 01, 2022 marks 60 years since Rwanda got independence, which would be a diamond jubilee. However, despite this being a public holiday, not much is expected. Basically, the day will be recognized but not celebrated. The reasons, according to different people who spoke to The New Times, is mainly because Rwanda’s independence was […]

OMS ivuga ko abandura Covid-19 ku Isi bongeye kwiyongera

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS/WHO riravuga ko imibare y’abandura Covid-19 yiyongereye ku kigero cya 18% mu cyumweru gishize. OMS ivuga ko abantu barenga imiriyoni 4.1 aribo bashya banduye ku Isi yose gusa ikavuga ko abahitanwa n’iki cyorezo batoyongereye cyane. Kuri ubu barabarirwa mu bihumbi umunani na 500 bakiyongera cyane mu burasurazuba bwo hagati, […]

Kigali: Uko umukozi wo mu rugo yabwiye umwana ngo arye umunyenga muri ‘grillage’ agapfa

Umukozi wo mu rugo witwa Solange Nyirangiruwonsanga ukekwaho kwica umwana w’imyaka icyenda w’umuryango wo mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, yaregewe Urukiko aho Ubushinjacyaha buvuga ko uyu mukozi yashutse nyakwigendera ngo ajye kurya umunyenga kuri grillage amuhambirije umupira mu ijosi. Uyu mwana w’umuhungu w’imyaka icyenda yitabye Imana mu gitondo cyo ku ya 12 […]

M23 yafashe ikibuga cy’indege n’ibitaro

Umutwe wa M23 ukomeje guhangana na FARDC, aho ubu amakauru yemeza ko wamaze gufata ikibuga cy’indege nto cya Rwankuba ndetse n’ibitaro bya Rwankuba, byombi biherereye muri Gurupoma ya Bweza muri Teritwari ya Rutshuru, yabaye kimomo. Ibinyamakuru bitandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo birimo na Radio Okapi ya LONI biremeza ko uyu mutwe wa M23 […]

Singer R Kelly gets 30 years in jail

Disgraced R&B singer R. Kelly was sentenced to 30 years behind bars on Wednesday for leading a decades-long effort to recruit and trap teenagers and women for sex. The sentence, stiffer than the 25 years in prison that prosecutors had sought, caps a long downfall for the 55-year-old former superstar. “I’m grateful that Robert Sylvester […]

FARDC fighting M23 alongside FDLR- Amb. Gatete tells UN Security Council

Amb. Claver Gatete, the Permanent Representative of Rwanda to the UN during the Security Council briefing on April 27 has said that Rwanda is aware that the Congolese army, FARDC, is fighting the M23 alongside FDLR which was sanctioned by UNSC in 2013. “FARDC should avoid the tendency of forging alliances with hostile and sanctioned […]

Depite Barikana yavuze ko Umurenge wa Nyamirambo ari Nyakatsi

01034190faf18494fa049615c1f88dbe.jpg

Ubwo yari mu nteko rusange y’Umujyi wa Kigali yateranye kuwa 29 Kamena 2022, Umudepite mu nteko ishinga amategeko, Barikana EugĂšne, yavuze ko muri rusange asanga hari ibikwiye guhinduka cyane mu bijyanye n’inyubako z’imirenge zitangirwamo serivisi, aho nk’Ibiro by’Umurenge wa Nyambirambo yavuze ko ari nyakatsi. Ibi yabigarutseho ubwo yagaragarijwemo ibyo Inteko y’Umujyi wa Kigali wagaragazaga ibyo […]

France: Abitabiriye urubanza rw’Umunyarwanda basohotse igitaraganya

Ku cyicaro cy’Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa ruburanisha Umunyarwanda Laurent Bucyibaruta uregwa Jenoside, habayeho kwikanga iturika ry’igisasu, bituma rusubikwaho igihe gito, babasohoka igitaraganya ku bw’umutekano. Bucyibaruta Laurent wabaye Perefe w’icyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro, aregwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri, amaze iminsi aburanishwa n’uru rukiko rwa rubanda rw’i Paris. Amakuru avuga […]

Fear amongst Rwandans living in DRC over rebel attacks

Life in Kinshasa was going well for Zawadi, a mother of two from Rwanda, until faraway fighting stoked Congolese anger against her country and videos of men with machetes prowling the city streets in search of Rwandans surfaced on social media. The trouble started in May, when the M23 rebel group resumed heavy fighting against […]

Uko byifashe i Tshanzu na Runyoni nyuma y’imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC

Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, avuga ko ubu mu duce twari turimo imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC mu gitondo cyo kuwa 28 Kamena 2022, ubu hagarutse ituze. Maj. Willy Ngoma kuri uwo munsi yari yatangarije BWIZA ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) zagabagabyeho ibitero ku birindiro byabo biri mu […]

Why the EAC regional force is yet to be deployed to DR Congo?

THE EASTAFRICAN Slightly over two weeks after President Uhuru Kenyatta’s proposal to deploy the East African Standby Force (EASF) to the eastern Democratic Republic of Congo, there are no boots on the ground. The proposal was endorsed by regional leaders at the third EAC Heads of State Conclave on peace and security in eastern DRC […]

Uganda yateje urujijo ku ruhande ihagazeho ku birego bya DR Congo ku Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Uganda, Henry Oryem Okello, avuga ko igihugu cye nta ruhande gihagazeho muri ibi ibihe Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (DRC) ishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, mu gihe i Nairobi yari yashyigikiye ibivugwa n’ u Rwanda kuri iyi ngingo. Mu gihe ibihugu bimwe byagiye bigaragaza aho […]

Amafoto: Gen Mupenzi yakiriye umwe mu bajenerali bakomeye ba Qatar

fwrmej3xeaaq5qd-1024x683.jpg

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere, Lt Gen Jean-Jacques Mupenzi, yakiriye Umugaba Mukuru Wungirije ushinzwe ibikorwa w’Ingabo za Qatar, Maj Gen Ibrahim Juma Al-Malki Al-Jehani n’itsinda ayoboye, bari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Uyu mugaba Mukuru Wungirije ushinzwe ibikorwa w’Ingabo za Qatar n’itsinda ayoboye, bakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu […]

Research Assistants at The Dian Fossey Gorilla Fund (DFGF)

Employment Opportunity – Research Assistants The Dian Fossey Gorilla Fund (DFGF) is dedicated to the conservation of gorillas and their habitats in Africa through active protection, monitoring, research, education, and helping communities together with our national and international partnerships. To further its mission, DFGF is looking to hire four motivated and passionate research assistants to […]

Imirwano ikaze yubuye hagati ya M23 na FARDC

Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, avuga ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) zagabagabyeho ibitero mu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Kamena 2022, ku birindiro biri mu duce twa Sabyinyo, Visoke. Hari amakuru ko imirwano ikomeye iri kubera Tchanzu na Bukima mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, abarwanyi bayobowe na […]

At least 46 found dead in San Antonio abandoned lorry

BBC At least 46 people, believed to be migrants, have been found dead in an abandoned lorry on the outskirts of San Antonio, Texas. A fire official said 16 people including four children had also been taken to hospital. The survivors were “hot to the touch” and suffering from heat stroke and heat exhaustion. San […]

Inyeshyamba za Red-Tabara zandikiye perezida Kenyatta

Mu rwandiko imitwe irimo Red-Tabara yandikiye Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, uyoboye umuryango w’afurika y’uburasirazuba, ivuga ko imirwano ibera mu burasirazuba bwa Congo itazarangizwa n’ingufu za gisirikare. Imitwe ibiri ya politiki y’Abarundi ikorera hanze y’igihugu, PPD Girijambo na MSD, iravuga ko kugira ngo imitwe yitwaje intwaro ikomoka mu Burundi iri mu burasirazuba bwa Repubulika ya […]

Internship at Interpeace Rwanda

Call for Applications: Internship at Interpeace Rwanda Job Title: Intern Reports To: Finance and Administration Manager Units: Global Operations & Programme Management Duty Station: Kigali Rwanda Duration: Six (6) months Background Interpeace is an international organization for peacebuilding, headquartered in Geneva, Switzerland. Its aim is to strengthen the capacities of societies to manage conflict in […]

Imanike-Min. Gatabazi asubiza Twagiramungu Rukokoma wari wakamejeje

Abantu benshi bagarutse ku gisubizo cya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, abwira Faustin Twagiramungu uzwi nka Rukokoma, wigeze kuba Minisitiri w’Intebe, wari wakamejeje kuri Twitter, yibaza ku kuba u Rwanda rwahawe kwakira CHOGM. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, tariki 21 Kamena 2022, Twagiramungu yavuze ko ” ari ikimwaro kuba Ubunyamabanga Bukuru bwa Commonwealth […]

Ubuyobozi bwa Leta ya Zamfara muri Nigeria bwategetse ko uzagaragara ari kuri moto araswa akicwa

Abategetsi bo muri Leta ya Zamfara mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria bategetse ko mu turere dutatu, umuntu wese uzagaragara ari kuri moto, yaraswa hagamije kumwica mu rwego rwo guhangana naba rushimusi. Guverineri wa Leta ya Zamfara, Bello Matawalle, yategetse ko “amasoko afungwa mu turere dutatu, abuza ikoreshwa rya za moto n’ubucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli.” […]

U Burundi buvuga ko hari abantu bo mu bihugu bituranyi bakoze ubwicanyi mu 1972

Komisiyo y’igihugu ishinzwe kumenya ukuri no kunywanisha Abarundi, CVR, ivuga ko mu iperereza yakoze yasanze hari abantu bo mu bihugu bihana imbibi n’icyo gihugu bagize uruhare mu bwicanyi bwo mu 1972 cyangwa bamwe bakaba barabwiciwemo. CVR ivuga ko ibi byabayeho mbere na nyuma ya 1972 ndetse ko yiteguye guha amazina inzego zibishinzwe mu Burundi, zikamenyesha […]

Why Kagame invited Qatar’s Tamim bin Hamad Al Thani at CHOGM?

President Paul Kagame has praised Tamim bin Hamad Al Thani, the Amir of the State of Qatar, singling out his leadership in energy security, humanitarian actions and fight against corruption. His Highness Tamim bin Hamad is a special guest at the ongoing Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM) in Kigali, where President Kagame is due […]

FDLR iravugwaho kwica abaturage banze kuyiha ibiryo

Umutwe wa M23 wasohoye itangazo uvuga ko hari abaturage b’abasivili batatu, baherutse kwicirwa n’inyeshyamba za FDLR ahitwa i Kivumu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuko banze guha aba barwanyi ibyo kurya. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wa M23 Maj. Willy Ngoma, rivuga ko mu ijoro ryo kuwa 21 Kamena 2022, ahagana saa munani z’igicuku (2H00), […]

Kigali: Umusore w’ibigango yagaragaye afata umukobwa agaterura agatura hasi mu buryo bubabaje (Reba video)

Umusore w’ibigango utamenyekanye amazina, bivugwa ko acunga umutekano (bouncer) mu kabari kamwe ko mu Mujyi wa Kigali, yagaragaye mu mashusho akubita umukobwa utamenyekanye amazina, akanamuterura agakubita hasi mu buryo bubabaje, akanamukubita umugeri. Amashusho yashyizwe kuri Twitter n’uwitwa Eric Madiba, agaragaza uwo musore w’ibigango akubita urushyi rwihanukiriye umukobwa, agahita yikubita hasi. Nyuma yo ku mukubita hasi, […]

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yavuze ko atazitabira inama yatumiwemo i Kigali

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Congo-Kinshasa, Christophe Mboso Kodia M’puanga, yemeje ko atazitabira inama ya 47 y’abayobozi b’inteko zishinga amategeko z’ibihugu bigize umuryango ukoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), itaganyijwe kubera i Kigali muri Nyakanga 2022. Visi Perezida wa Christophe Mboso Kodia M’puanga, ari we Prof. AndrĂ© Mbata ni we watangaje uyu mwanzuro ubwo yari mu bikorwa […]

Kwikinisha si icyaha- Pasiteri

Pasiteri Christian Oyakhilome wo mu itorero ryitwa Christ Embassy, avuga ko kwikinisha atari icyaha cya nyacyo nk’uko bisanzwe byigishwa, ingingo yateje impaka. Ubwo yigishaga, Pasiteri Chris Oyakhilome w’ i Lagos muri Nigeria, yifashishije ibyo avuga ko biri muri Bibiliya, ko ” Umuntu ukoresheje ikiganza cye akinezeza aba adakoze icyaha gisanzwe.” Atavuga aho ibishyigikira ibyo avuga […]