M23 ivuga ko abarimo FDLR bagiye kuyigabaho ibitero simusiga
M23 yatangaje ko yabonye amakuru ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije nâimitwe irimo FDLR, bari mu myitozo ikomeye yo kuygabaho ibitero byo kwisubiza ibice biri mu maboko yawo, utangaza ko uzirwanaho. Mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2022, M23 yavuze ko FARDC yiyambaje imitwe imwe yâinyeshyamba ya: […]
Umunyarwanda wafatiwe muri Ukraine yagaragaye aririmba indirimbo isingiza ingabo z’Uburusiya
Sele Murekezi ni Mukuru wa Suedi Murekezi, Umunyarwanda ufungiwe muri Ukraine nyuma yo gufatwa n’abiyomoye kuri Ukraine bakaba bashyigikiye Uburusiya, avuga ko bajya kumenya ko yafashwe, bamubonye mu mashusho, ari kuririmba indirimbo isingiza ingabo z’Uburusiya. Suedi Murekezi wahoze mu ngabo zirwanira mu kirere za Amerika, mukuru we avuga ko yafashwe kuwa 9 Kamena, akuwe mu […]
Rise in viagra sales sows in Somalia
Puntland politicians are whipping up a storm over an âincreasedâ sale of viagra to the unsuspecting public. On Tuesday, local health officials appearing before a parliamentary committee were put to task to explain how they would tame what the MPs said was an increasing risk of exposing the public to health hazards by regulating the […]
Ibinini byongera ingufu z’akabariro biragurwa nk’amasuka muri Somalia
Abanyepolitiki mu Ntara ya Puntland muri Somalia bavuga ko bafite impungenge ku igurwa riri ku kigero yo hejuru ibinini byongera ingufu zo gutera akabariro byitwa Viagra muri iyo ntara. Mu nteko kuwa Kabiri, bamwe mu bayobozi mu nzego z’ibanze bagaragarije inteko ko kugura Viagra biri kwiyongera cyane kandi hatazwi icyiciro cy’abaturage bari kugura ibyo binini […]
Ange Kagame, husband welcome a bouncing baby
Ange Kagame, the daughter of Rwandan President, Paul Kagame, and her husband, Bertrand Ndengeyingoma, have given birth to their second child. The news was confirmed by Kagame himself via Twitter, while congratulating the couple. “Congrats Ange & Bertrand …” Kagame tweeted on Wednesday Kagame has four children, only his daughter, 29 is married while first […]
Telefone ya mwishywa wa Rusesabagina yinjiriwe na Pegasus
Inzobere zo muri Laboratwari yitwa Citizen ikorera muri Canada zitangaza ko telefone ndendanwa ya mwishywa wa Rusesabagina witwa Jean Paul Nsonzerumpa, mu 2020 yinjiriwe inshuro nyinshi, mu buryo bwa gitasi n’agakoresho ka kompanyi ya Israel, NSO kitwa Pegasus. Amnesty Internationalâs security lab mu 2021 yari yatangaje ko mubyara w’uyu Nsonzerumpa akaba n’umukobwa wa Rusesabagina, Carine […]
Rwanda, Austria sign bilateral agreement
Rwanda and Austria have signed an agreement that will see both countries opening skies for each otherâs commercial airlines. The agreement was signed Tuesday afternoon between Minister for Infrastructure, Ernest Nsabimana alongside Austriaâs Ambassador to Kenya and accredited to Rwanda, Christian Fellner. Following the signing, Nsabimana told the press that the agreement which is a […]
Amb. w’Ubwongereza mu Rwanda yanditse asaba ko abimukira batakoherezwa mu Rwanda

Amakuru yagiye hanze avuga ko hari inyandiko zitari zarigeze zibonwa mbere zo muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu y’Ubwongereza zijyanye n’amasezerano yakuruye impaka yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza, zirimo aho Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda, mu 2021 yandikiye igihugu cye, atanga inama yo kutagirana amasezerano n’amwe n’u Rwanda ku basaba ubuhungiro. Izi nyandiko nk’uko BBC […]
Dos Santos family agrees on his burial place following battle
Former Angolan president JosĂ© Eduardo dos Santosâ children on Tuesday agreed to have their father buried in Luanda, but only after the August 24 general election. Dos Santos died on July 8, aged 79, having made history by becoming president at the age of 37, and leaving the seat in 2017, 38 years later. However, […]
Imirambo bikekwa ko ari iy’abarwanyi bavuga Ikinyarwanda yabonetse mu ishyamba rya Kibira
Mu Ishyamba rya Kibira mu Ntara ya Cibitoke yegereye u Rwanda habonetse imirambo ine irimo itatu yâabambaye impuzankano ya FARDC, bigakekwa ko ari iy’abavuga Ikinyarwanda bo muri FLN. Iyi mirambo yabonywe nâabasirikare bâIgihugu cyâu Burundi bari mu gikorwa cyo gucunga umutekano muri iri shyamba rya Kibira, ku musozi wa Gafumbegeti muri Zone ya Butahana muri […]
Putin yahuriye na Ayatollah Khamenei, Perezida Erdogan muri Iran
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya kuri uyu wa Kabiri, yahuriye muri Iran n’umuyobozi w’ikirenga w’icyo gihugu, Ayatollah Khamenei ndetse na Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan Ni urugendo rwa Kabiri agiriye hanze y’igihugu kuva yatangiza intambara kuri Ukraine. Ibitangazamakuru mpuzamahanga bitangaza ko uyu mugabo yagiye guhura n’abo bategetsi kugira ngo baganire ku […]
Abatuye hafi y’inyubako ya Min. w’Intebe Bunyoni mu Kanyosha babwiwe kutayegera
Bamwe mu baturage bari basanzwe bafite cyangwa bashaka kubaka ibibanza byabo biri muri Zone Kanyosha ahitwa Nkenga-Busoro, ahari inyubako ya Minisitiri w’Intebe, Alain-Guillaume Bunyoni, babwiwe ko bagomba kutongera kuhubaka ndetse ko bazajya basiga metero 200 uvuye aho yubatse. UBM News ivuga ko aba baturage bari mu kwijujuta n’agahinda kenshi, bavuga ko “Kuva Bunyoni yatangira kuhubaka, […]
EAC head of states to meet in Arusha
Heads of State set to convene in Arusha on 21 July 2022 for a High-level Retreat on the EAC Common Marketto take stock of the progress of implementation of the EAC Common Market Protocol and thereafter hold their 22nd Ordinary Summit of EAC Heads of State on 22 July 2022 About 300 participants from Partner […]
Dr Rutunga ushinjwa jenoside avuga ko na we yahizwe
Dr Venant Rutunga wahoze ari umuyobozi wâikigo cyâubushakashatsi mu buhinzi cya ISAR, yabwiye urugereko rwihariye rwâurukiko rukuru rukorera mu Mujyi wa Nyanza ku wa Mbere ko na we mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi na we yahigwaga. Rutunga yabwiye urukiko ko ibyo byaha byamwitiriwe kubera umwanya ukomeye wâikigo cya ISAR yari arimo, avuga ko nta […]
Amagana y’abatuye i Tororo bari guhunga ku bwo gukeka Illuminati
Abayobozi mu nzego z’ibanze mu gace ka Tororo bavuga amagana y’abaturage bamaze guhunga ako gace, batinya kwibasirwa n’imizimu bakeka ko bayitezwa na bagenzi babo baba bakorana n’itsinda rikunze guhuzwa na rusifero, Illuminati. Aba baturage bavuga ko bari kwibasirwa n’imizimu ku buryo abagabo n’abagore bari kuba abanyarugomo, abana ku ishuri bakitwara nabi ku buryo birukanwa. Ibi […]
U Burundi buvuga ko abakoze coup d’etat mu 2015 bari mu Rwanda buzabakira mu gihe cya vuba
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Uburundi, Sonia Niyubahwe, avuga ko bitewe n’uburyo umubano hagati y’u Rwanda n’igihugu cye ugenda unozwa, bizeye ko bazakira bidatinze abashatse guhirika ubutegetsi muri icyo gihugu mu 2015. Niyubahwe yabitangarije abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize ubwo abavugizi b’inzego zitandukanye mu Burundi, baganiraga n’ibitangazamakuru n’abaturage muri rusange. Uyu muyobozi yavuze ko igihe […]
About 300,000 candidates to sit primary leaving exams today
All roads will lead to designated sites as 229,859 Primary Leaving Examinations (PLE) Candidates start national exams effective July 18. National exams for PLE will run from July 18 to July 20, 2022. This year, the number of pupils who registered to sit the PLE reduced by 9.7% compared to last yearâs 254,678, candidates, according […]
RWANDA FDA yaburiye abakoresha imiti gakondo
Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bwâimiti nâibiribwa (RWANDA FDA) kiraburira abakoresha imiti yâibimera ko hari irimo udukoko nâibindi bintu bishobora kugira ingaruka ku mubiri wâumuntu, kigahamagarira abayikora kujya babanza kukigana kikabakorera isuzuma ryâiyo miti. Ni mu gihe abavuzi gakondo bo basaba ko hajyaho itegeko ryafasha guca akajagari mu buvuzi bwifashisha iyi miti. Umubyeyi utifuje ko hatangazwa imyirondoro […]
Umugabo w’i Kayonza arakekwaho gusambanya umuhungu w’imyaka 13
Mu Kagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo wâimyaka 38 ukekwaho gusambanya umwana wâumuhungu bari bajyanye kuvoma ubundi bavuyeyo bageze mu ishyamba amukubita umutego wa rugondihene agwa hasi ubundi akamwishimishaho. Uyu mugabo akekwaho gusambanya umwana wâumuhungu wâimyaka 13 kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Nyakanga 2022. Amakuru atangwa nâubuyobozi […]
U Rwanda rwatorewe kwakira Icyicaro cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti
U Rwanda rwatorewe kwakira Icyicaro cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti. Ni icyemezo cyafashwe kuwa 15 Nyakanga 2022, n’akanama k’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe i Lusaka muri Zambia. AMA ni ikigo cyihariye cya AU kigamije kunoza amabwiriza agenga iby’imiti. Muri iyi nama, u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta. Minisitiri Biruta kuri Twitter […]
Joe Biden avuga yongeye kubwira igikomangoma Mohammed bin Salman ko yishe Khashoggi
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko yagarutse ku iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi, mu nama yagiranye n’igikomangoma cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite) Mohammed bin Salman. Nyuma y’inama itavuzweho rumwe yabahuje bombi ku wa Gatanu, Biden yabwiye abanyamakuru ati “Ku bijyanye n’iyicwa rya Khashoggi, narikomojeho mbere na mbere mu nama, nsobanura neza icyo naritekerejeho icyo gihe n’icyo […]
Abadepite ba Amerika bemeje umwanzuro usaba u Rwanda kurekura Rusesabagina
Inteko ishingamategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umutwe wâabadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta yâu Rwanda, Paul Rusesabagina ku mpamvu bavuga ko ari iz’ubumuntu. Umwaka ushize, Rusesabagina yakatiwe gufungwa imyaka 25 aho afungiye mu Rwanda ahamijwe ibyaha birimo iterabwoba. Muri Gashyantare 2022, abadepite babiri bâinteko ya Amerika; Young Kim wa California na Joaquin Castro […]
Hari abaturage bo mu Cibitoke bavuga ko bari kubona abarwanyi benshi bavuga Ikinyarwanda

Bamwe mu baturage bo mu duce twa Gafumbegeti, Rutorero na Mukoma mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi, baravuga ko bafite ubwoba kubera inyeshyamba za FLN zikomeje kuhagarara ari nyinshi. SOS MĂ©dias Burundi dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru aturuka mu Gisirikire cyâu Burundi, yemeza ko izi nyeshyamba zivuga Ikinyarwanda ari izâumutwe wa FLN urwanya u […]
Museveni yavuze ko agiye gushyiraho intasi zo kureba abayobozi basinzirira ku kazi
Perezida Museveni Yoweli wa Uganda yavuze ko agiye gushyiraho intasi zishinzwe kureba abayobozi avuga ko basinzirira mu biro, bikadindiza ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta. Mu ijambo rye ubwo yafunguraga ku mugaragaro urwego Public Policy Executive Oversight Forum (Apex platform), yavuze ko Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, ISO, rugiye guhagurukiye iki kibazo. Yagize […]
Rwanda suspends local games betting
The ministry of trade and industry (MINICOM) in agreement with ministry of sports (MINISPORTS) has said that all sports betting and online gaming companies in Rwanda that offer betting odds or options on all local gaming are suspended with immediate effect until further notice. This comes after it was speculated that there might be more […]
Leta yashyizeho uburyo bukaze bwo guhashya ubujura bwa za mudasobwa, amatelefoni n’ibindi
Guverinoma y’ u Rwanda yatanze amezi 3 ku bacuruza ibikoresho byâamashanyarazi cyangwa ibyâikoranabuhanga yo kuba bamaze kubisabira uruhushya, hagamijwe gukumira ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo: telefoni, televiziyo, mudasobwa n’ibindi. Ibi bikubiye mu mabwiriza mashya agenga ubucuruzi bwâibikoresho byâamashanyarazi cyangwa ibyâikoranabuhanga. Ni amabwiriza yasohotse mu igazeti ya Leta. Ibikoresho byâikoranabuhanga birimo telefoni, televiziyo, mudasobwa ndetse nâibindi ni […]
Teacher of Kinyarwanda & French for Primary & Kindergarten section at Wellspring Academy
Job Announcement Teacher of Kinyarwanda & French for Primary & Kindergarten section Job Description: Wellspring Academy is an international Christian School with a Vision to produce a new generation of servant leaders to bless Rwanda and display the best of Rwanda to the world. The school is currently hiring a teacher of Kinyarwanda & French. […]
Beware of deadly Elephantiasis that is wreaking havoc in Gicumbi District
According to World Health Organisation (WHO), Lymphatic Filariasis also known as Elephantiasis is a disease that appears mostly on legs due to the penetration of filarial parasites in the human body through mosquitoes. Elephantiasis has cause and transmission, symptoms and effects, prevention as well as the treatment that we are going to discuss in this […]
Ishyirahamwe Burundi Secours rivuga ko ‘ryakiriye neza’ ifungwa ry’ Abanyarwanda babiri
Ishyirahamwe ryigenga ryo mu Burundi ryitwa Burundi Secours, rivuga ko ryabonye ifungwa ry’Abanyarwanda babiri; Nkunzurwanda Salama usanzwe aba i Kigali, nâumugabo witwa Gakwaya Ernest usanzwe aba muri SĂ©nĂ©gal, ari ikintu cyiza cyerekana ko u Burundi buri maso ku bjyanye n’abakora ingendo. Ku wa 03 Nyakanga ni bwo aba babiri bafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cyâindege cyitiriwe […]
Rwanda-born American in Ukraine jail amid fear of death penalty
BBC Suedi Murekezi, 35, a Rwandan-born crypto investor, is said to have been arrested last month in the Russian-occupied port city of Kherson. Friends and family say the US Air Force veteran has been falsely accused of joining pro-Ukraine protests. He is reportedly in the same jail as two US fighters captured last month. The […]
Bucyibaruta yavuze ibibazo bibiri amaze imyaka 28 yibaza
Laurent Bucyibaruta nyuma yo gukatirwa imyaka 20 ku bwo guhamwa n’ibyaha bya jenoside, yavuze ko hari ibibazo bibiri yicuza atigeze ahwema kwibazamu myaka 28 ishize, jenoside yakorewe Abatutsi ibaye. Ubwo iburanisha ryarangiraga ku wa kabiri, AFP isubiramo amagambo ya Bucyibaruta abwira urukiko ati: “Sinigeze na rimwe mba ku ruhande rw’abicanyi”. Mu butumwa bwe, Bucyibaruta yagize […]
Sri Lanka crisis: Protesters enter PM office as president flees
Anger against PM and acting President Ranil Wickremesinghe grows after President Gotabaya Rajapaksa flees to Maldives. At least 30 protesters have been injured during demonstrations at the prime ministerâs office, according to the Sri Lankan news agency NewsWire. Protesters, who have been on the receiving end of tear gas and water cannon used by police […]
French court hands genocide suspect Bucyibaruta 20-year sentence in jail
The Cour dâassises de Paris has handed former Gikongoro prefet, Laurent Bucyibaruta, a 20-year jail sentence for his role in the 1994 Genocide against the Tutsi. He was immediately placed under arrest following the sentencing. Bucyibaruta, 78, has lived in France for over two decades. His trial that started on May 9, lasted two months […]
Mu Rwanda hadutse ubuhinzi bw’umuceri bufatanye n’ubw’ bwâamafi mu murima umwe
Mu Rwanda hamaze gutangizwa ubuhinzi budasanzwe bw’umuceri bukomatanyije n’ubworozi bwâamafi mu murima umwe, busanzwe bukorwa na bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Rwamagana bemeza ko bwabateje imbere. Akabarore ni mu Gishanga cya Cyimpima aho abahinzi bari kwita ku mafi, akiri mu mazi yo mu murima basaruyemo umuceri. Mu kwezi kwa Mbere aba bahinzi batunganyije […]
Rutsiro: Bamwe mu banyeshuri biga kuri APAKAPE bigabye mu giturage bajya kwiba

Abanyeshuri icyenda biga ku kigo cyâAmashuri yisumbuye cya APAKAPE kiri mu Murenge wa Mushonyi, mu Karere ka Rutsiro, birukanwe mu gihe cyâicyumweru kimwe harimo batanu baryozwa gutoroka ikigo bakajya kwiba mu giturage. Aba banyeshuri batangiye kwirukanwa mu ntangiriro za Nyakanga 2022, ubwo hamenyekanaga ko hari abanyeshuri 3 bo muri iki kigo biga mu mwaka wa […]
Tanzania: Hadutse indwara itazwi imaze kwica ‘benshi’
Indwara itaramenyekana inkomoko nâizina ryayo yadutse mu gihugu cya Tanzania, uwo ifashe yikubita hasi nkâurwaye igicuri agahita atangira kuva amaraso mu mazuru nkâuko Minisitiri wâIntebe muri iki gihugu yabibwiye perezida Samia nyuma yo gusura agace iyi ndwara yagaragayemo. Ni indwara itaramenyekana imiterere yayo ikaba itaranaboneha mu kindi gihugu ku Isi, yatangiriye mu Majyepfo ya Tanzania; […]
Uwari Burugumesitiri wa Komini Rukondo yatunguranye cyane mu buhamya bwe mu rubanza rwa Twagiramungu
Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza, kuwa 12 Nyakanga 2022, rwakomeje urubanza rwa Jean Twagiramungu ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside, humvwa abarimo Didace Hategekimana, wari Burugumesitiri wa Komini Rukondo, atangaza cyane urukiko mu buhamya bwe. Urukiko rwumvise abatangabuhamya batatu bo ku ruhande rushinjura, bose bemeza ko nta ruhare na ruto yagize mu bwicanyi bwakorewe abatutsi mu […]
Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu
Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere cyemeje ko uyu mugabo w’imyaka 73 yahungiye mu birwa bya Maldives ari kumwe n’umugore we n’abashinzwe umutekano babiri. Bageze mu murwa mukuru […]
Gen Kainerugaba wari udaheutse gukoresha Twitter yagarutse kuri Gen Rwigema
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, avuga ko mu gihe Amerika y’Epfo yagize intwari Che Guevara, bo bagize Fred Rwigema. Uyu muhungu wa Perezida Museveni wari umaze iminsi adakoresha Twitter, yavuze ko ” Amrika y’pfo yagize Che Guevara wabo natwe tugira Fred Rwigyema. Abazi Afade Fred bakwiyita abanyamugisha. Ni icyitegererezo […]
Min. Dr Biruta yajyanye ubutumwa bwa Perezida Kagame muri Armenia
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane, Dr. Biruta Vincent, ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 11 Nyakanga 2022, yatangiye uruzinduko rwâakazi mu gihugu cya Armenia. Minisitiri Biruta, muri urwo ruzinduko yakiriwe i Erevan na Nikol Pashinyan, Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya Armenia, akaba na Perezida wâInama yâAbakuru bâIbihugu bya OIF, umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi […]
Ubufaransa: Hategerejwe umwanzuro ku rubanza rwa Laurent Bucyibaruta
Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa uyu munsi mugitondo rwiherereye ngo rufate umwanzuro ku rubanza rwa Laurent Bucyibaruta, uregwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga. Bucyibaruta umaze amezi asaga abiri aburanishwa ahakana ibyaha byose aregwa. Ubushinjacyaha mu cyumweru gishize, bwari bwasabye ko uyu mugabo afungwa burundu […]
Ferdinand Rutikanga watangije iteramakofe mu Rwanda yapfuye
Umuteramakofe Ferdinad Rutikanga, uvuga ko ari we watangije umukino wâiteramakofie mu Rwanda yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Nyakanga 2022. ku myaka 66 y’amavuko. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Rutikanga, yazize uburwayi. Uyu mugabo yamamaye mu biganiro cyane kuri Radiyo Rwanda mu kiganiro cyitwa Kubaza Bitera Kumenya, aho yakunze kumvikana abaza ndetse […]
Fight erupts over José Eduardo dos Santos burial
A row has erupted over the burial of former Angola President JosĂ© Eduardo dos Santos who died on Friday at a Spanish hospital. The dispute arose after President JoĂŁo Lourenço decreed the setting up of a government commission to arrange a state funeral for his predecessor in the capital Luanda. The family, led by his […]
Dore serivisi bamwe mu b’ i Kigali bavuga ko batangaho ruswa ngo zihutishwe
Abatuye mu bice bitandukanye byâUmujyi wa Kigali bavuga ko gutinda guhabwa serivisi mu nzego zitandukanye biri mubitiza umurindi itangwa rya ruswa. Abaturage bavuganye na RBA bavuga ko iki kibazo kiri muri serivisi zikurikira: Serivisi zâibyangombwa byo kubaka,ubutaka,gahunda zo gutoranya abahabwa inkunga zo kurengera abatishoboye,itangwa ryâamasoko ya Leta,ndetse nâabatwara ibinyabiziga mu mihanda. Bamwe muribo banga gutanga […]
Frank Habineza yavuze ku biherutse kuvugwa na Perezida Kagame ku kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
Umuyobozi wâIshyaka Democratic Green Party of Rwanda Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ko ashaka kuzongera kwiyamamaza mu myaka 20 iri imbere. Dr FrankHabineza yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika, aho yabajijwe icyo nkâishyaka ritavugarumwe nâubutegetsi bavuga nyuma yâibyatangajwe na Perezida Kagame mu […]
Umukobwa yasabye abagabo kureka gukabya kubonka amabere
Umukobwa witwa Doreen Kabareebe wo muri Uganda yasabye abagabo kugabanya gukabya kubonka amabere mu gihe cy’akabariro kuko bituma agwa, maze ubundi abagabo bakirirwa bijujuta ngo abagore bafite ayaguye kandi aribo ba nyirabayazana. Mu kiganiro na Radiyo yitwa Galaxy FM, uyu munyamideli yagarukaga ku by’imibanire hagati y’abagabo n’abagore, aho abagore basigaye bashinjwa kutanyurwa n’umugabo umwe. Yagize […]
Commodity prices rise by 13.7%-NISR
The prices of goods and services increased by 13.7 per cent in June 2022 compared to the same month last year, and 0.8 per cent increase on a monthly basis, according to National Institute of Statistics (NISR). The report released on July 10 indicates that prices of food and non-alcoholic beverages increased by 25.1 per […]
Nyagatare: Babiri bo mu Mudugudu umwe basanzwe bapfuye mu munsi umwe
Umugabo witwa Benamu mu Mudugudu w’Akanyange, Akagari ka Ndama mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, yasanzwe yapfuye, yimanitse mu gihe muri uwo mudugudu kandi uwitwa Nziyumvira Protais na we yasanzwe yapfuye. Amakuru BWIZA yakuye ahantu hizewe avuga ko imirambo wa Benamu na Nziyumvira yabonetse kuwa 8 Nyakanga 2022. Isoko y’amakuru yacu yagize iti […]
Kagame promotes three senior military officers to Major Generals

Rwandan President, Kagame Paul and Commander In Chief of Armed Forces has promoted Brig Gen Ruki Karusisi, Brig Gen Willy Rwagasana and Brig Gen Vincent Nyakarundi, to the rank of Major General. According to the 11 July statement, the decision will take the immediate effect. The CIC also has promoted army spokesperson, Col Ronald Rwivanga […]
Umurambo wa Col Ndarihoranye uragezwa i Goma
Umurambo wa Col Zayire Ndarihoranye wari indwanyi ikomeye mu Gisirikare cya FARDC, waguye mu Bitaro bya Rabat muri Maroc, uragezwa i Goma kuri uyu wa 9 Nyakanga 2022. Col.Zayire Ndarihoranye ni umwe mu bayobozi ba FARDC babaye indwanyi zikomeye aho yakoreye iki gisirikare mu gihe cyâimyaka 22 akaba yarabaye umuyobozi wa Regima yakoreraga muri Kivu […]
Mozambique: Umwe mu bavugwaho kurwanya u Rwanda yasanzwe mu buriri yateraguwe ibyuma byinshi

Selemani Masiya bivugwa ko wabarizwaga mu mitwe irwanya u Rwanda yasanzwe mu cyumba araramo yateraguwe ibyuma ku mutwe no ku ijosi, yapfuye. Selemani yari atuye mu mujyi wa Nampula,uri mu Ntara ya Namupula. Selemani yishwe kuri uyu wa Kane tariki 7 Nyakanga 2022, nk’uko ibitangazamakuru byo muri Mozambique byabitangaje. Umurambo wa Selemani wabonywe nâumuhungu we […]
Hadutse urujijo ku ruhande rugenzura Umujyi wa Rutshuru
Hari urujijo ku ruhande ruri kugenzura Umujyi wa Rusthuru mu gihe umutwe wa M23 wemeza ko ubu ugenzura Rutshuru yose mu gihe Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kibihakana kikavuga ko uyu mujyi ukiri mu biganza byabo. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, hacicikanye amakuru mo Umutwe […]
Perezida Kagame ku batekereza ko M23 ari Abanyarwanda
Perezida Kagame Paul, yongeye kugaruka ku Mutwe wa M23, avuga ko udafite inkomoko mu Rwanda, ndetse ko abawugize atari Abanyarwanda bityo ko ntacyo rubashakamo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro na France24 kuwa Gatanu w’iki cyumweru. Yagize ati âAmateka yâaba bantu, arazwi neza, yaganiriweho hamwe na Perezida Tshisekedi na Guverinoma ya Congo nâabandi. [M23] aba ntabwo ari […]
Min. Lutundula yavuze ko u Rwanda rutigeze rwemerera abavuye muri FDLR gutaha
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yavuze ko u Rwanda rutigeze rwemerera abavuye muri FDLR mu gutaha mu rwababyaye. Yavuze ko ku nshuro ya mbere u Rwanda rwemeye kwakira impunzi zâabanyarwanda zirimo nâabahoze muri FDLR babarizwa ku butaka bwâigihugu cye. U Rwanda ruherutse kwakira abagera ku 103. Lutundula yabigarutseho ubwo […]
Perezida Kagame yasubije abibaza niba azongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, yasubije umunyamakuru wa France 24, Marc Perelman, wamubajije niba ateganya kongera kwiyamamariza kuyobora igihugu cye mu myaka iri imbere. Mu kiganiro umukuru w’igihugu yagiranye na Perelman kuwa Gatanu, cyanagarutse ku ngingo zitandukanye, uyu munyamakuru yagarutse ku kibazo niba Kagame azongera kwiyamamaza. Perelman ati âEse urateganya kongera kwiyamamaza?â Umukuru wâIgihugu […]
Uwari Perefe wa Gikongoro yasabiwe gufungwa burundu n’ubwo ntawe yicishije ukuboko kwe
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rwa rubanda rwâi Paris mu Bufaransa guhanisha Bucyibaruta Laurent igifungo cya burundu kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 byâumwihariko mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga, n’ubwo we ku giti cye nta muntu yigeze yica akoresheje ukuboko kwe. Abashinjacyaha Celine Viguier na Sophie Havard bamaze umwanya munini basobanurira urukiko […]
Ntabwo dukeneye aba bantu b’imburamumaro hano-Dr Besigye

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, ari we Warren Kizza Besigye Kifefe, uzwi nka Colonel. Dr. Kizza Besigye, avuga ko kugira ngo igihugu gihangane n’ikibazo cy’ibyangombwa nkenerwa byahenze, hagabanywa umubare w’abaminisitiri n’abajyanama ba perezida yavuze ko ” Ari imburamumaro.” Daily Monitor yanditse ko Besigye asanga umubare w’abategetsi ari munini, […]
Umuriro wongeye kwaka hagati ya M23 na FARDC ahitwa Kanyabusoro
Intambara yongeye kwaduka hagati ya FARDC na M23, ahitwa Kanyabusoro, mu birometero bitanu uvuye ku kigo cya gisirikare cya Rumangabo n’agace ka Kazuba. BBC yemeje aya amakuru ko impande zombi zasakiranye ” Amakuru ava muri ONU avuga ko kuwa Kane M23 yateye FARDC mu birindiro byayo ahitwa Kanyabusoro.” Iyi mirwano yongeye kubura nyuma y’iminsi ibiri […]
Japanâs ex-Prime Minister Shinzo Abe shot dead
The countryâs longest serving Prime Minister, Shinzo Abe, was delivering an election campaign speech when he was shot in Nara Province and died later. Shinzo Abe has succumbed to his wounds after being shot while delivering an election campaign speech in the city of Nara, local media reported. The NHK broadcaster and the Kyodo news […]
Rayon Sports igiye kugura abanyamahanga bane bakinira amakipe y’ibihugu byabo
Umutoza w’Ikipe ya Rayon Sports, Frnacis Haringingo, atangaza ko bari mu biganiro n’abakinnyi bane b’abanyamahanga, basanzwe bakinira amakipe amakuru y’ibihugu byabo. Mu kiganiro na RBA kuri uyu wa 8 Nyakanga, Haringingo yavuze ko iyi gahunda ihari. Ati ” Kugura abanyamahanga bane bakinira amakipe y’ibihugu byabo. Ni abakina mu busatirizi no mu hagati.” Abajijwe ibihugu abo […]