Perezida Kagame yaganiriye n’abagize umuryango wâabayobozi bakiri bato ku Isi
Perezida Kagame yakiriye itsinda ryâabagera kuri 26 babarizwa mu Muryango wâAbayobozi bakiri bato, YPO (Young Presidents Organisation), bagiriye uruzinduko mu Rwanda. Izi ntumwa ziri muri gahunda yâingendo zikorera mu bihugu icyenda bifite umwihariko bagahura nâabayobozi bâibigo byâubucuruzi byo muri ibyo bihugu. Ibiro byâUmukuru wâIgihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Kagame yahuye nâizi ntumwa kuri uyu […]
Huye: Umugabo yakubise mu mutwe isuka umugore we inshuro esheshatu ararusimbuka
Ubushinjacyaha mu Karere ka Huye bukurikiranye umugabo wâimyaka 36 ukekwaho kuba yarashatse kwica umugore babanaga wâimyaka 35 amukubise isuka mu mutwe inshuro esheshatu ariko akarusimbuka. Ubushinjacyaha dukesha aya makuru buvuga ko iki cyaha cyabaye ku wa 25/07/2022 mu gihe cya sa yine zâamanywa mu Mudugudu wa Cyabwe, Akagari ka Shori, Umurenge wa Gishamvu, Akarere ka […]
Nancy Pelosi defies China threats, lands in Taiwan
AFP, REUTERS United States House Speaker Nancy Pelosi landed in Taiwan on Tuesday evening, defying a string of increasingly stark warnings and threats from China that have sent tensions between the world’s two superpowers soaring. Pelosi, second in line to the presidency, is the highest-profile elected US official to visit Taiwan in 25 years and […]
Perezida Kagame yavuze ko hari ibigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera vuba
Perezida wa Repubulika Paul Kagame arasaba abayobozi mu nzego zâubuhinzi nâubworozi, ubucuruzi ndetse nâishoramari kongera umurego mu mirimo bakora kuko izo nzego zifatiye runini imibereho nâubuzima byâAbanyarwanda bose, avuga ko hari ibigomba kwihutishwa. Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa Kabiri ubwo yakiraga indahiro zâabayobozi bashya muri guverinoma. Umukuru wâIgihugu yagarutse ku nshingano za minisiteri nshya […]
DR Congo yasabye ko ingabo za LONI zitaha vuba na bwangu
Umuvugizi wa Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yavuze ko igihugu cye cyizeye ko hagiye kubaho kwihutisha ko ingabo z’ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kuhabungabunga amahoro zihava. Bijyanye n’amasezerano asanzweho, izi ngabo, zizwi nka MONUSCO, zari zitezwe kuva muri DR Congo mu mpera y’umwaka wa 2024 ariko Congo isanga iyo ngengabihe itari vuba […]
Umunyamakuru yahishuye ko Teta Sandra yigeze gukubitwa azira muramu we Pallaso

Umunyamakuru wahoze akorera Televiziyo ya NBS, Daniel Lutaaya, avuga ko yakiriye amakuru yizewe avuye ku muntu wa hafi wigeze gutura hafi ya muramu wa Teta Sandra, umuhanzi Pallaso, avuga ko yakubiswe na Weasel bapfa uyu mugabo. Lutaaya yabinyujije kuri Twitter, avuga ko ” Umuntu wa hafi wo mu muryango (uwa Weasel), yanyoherereje amakuru kuri Weasel. […]
Imvugo ya Perezida Ndayishimiye ku Banyamulenge yibajijweho
Imvugo ya Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, ku kibazo cyâAbanyamulenge cyatangiye guhera mu 1996, yibajijweho bikekwa ko haba hari icyirengagijwe. Perezida Ndayishimiye yavuze ko Abanyamulenge batari umuryango ushingiye ku bwoko ashingiye ku kuba nta nâumuyobozi gakondo bagiraga. Yagize ati ” (…) kubera iki mbere ya 1996 umuryango wâAbanyamulenge utigeraga uvugwa kandi uhari, ni uko bari […]
Ex Trade Minister Habyarimana appointed CEO BK Group Plc
Beata Habyarimana is the new Chief Executive Officer (CEO) of BK Group PLC, the holding company with subsidiaries which include Bank of Kigali, BK General Insurance, BK Capital and BK TecHouse, among other interests. The group announced the appointment on Monday, meaning that Habyarimana, who until July 30, was the Minister of Trade and Industry, […]
Abasirikare ba MONUSCO bishe barashe abaturage muri DR Congo bakomoka muri EAC
Ababungabunga amahoro batawe muri yombi ku cyumweru kubera kurasa bakica abantu babiri mu mujyi wa Kasindi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uri ku mupaka na Uganda ni Abanyatanzania, nkuko umutegetsi wo ku rwego rwo hejuru muri ONU (UN) yabibwiye BBC. ONU yamaganye bikomeye iryo raswa ry’abo baturage, ryanakomerekeyemo abantu 15. Mu cyumweru gishize, abantu […]
Al-Qaeda leader Ayman al-Zawahiri killed
ALJAZEERA US President Joe Biden says âjustice has been deliveredâ after al-Qaeda leader located and killed in Kabul, Afghanistan. Al-Qaeda leader Ayman al-Zawahiri has been killed in a CIA drone strike in Afghanistanâs capital, Kabul, United States President Joe Biden has said. Al-Zawahiri was killed on Sunday in the biggest blow to the group since […]
Uhawe byinshi asabwa byinshi- Min. Dr Uwamariya abwira abarimu
Minisitiri wâuburezi, Dr Valentine Uwamariya, yibukije abarimu ko uhawe byinshi na we aba asabwa gutanga byinshi, nyuma y’aho bongejwe bamwe kuri 40%, abandi ku 88% ku mishahara yabo. Ministiri Mujawamariya yabwiye RBA ko ââŠuhawe byinshi asabwa byinshiâŠtubitezeho (abarimu) umusaruro kandi mwinshi kandi mu gihe gito.â Yakomeje agira ati âKuzamurira ubushobozi mwarimu bivuze ko nawe azatanga […]
Umuyobozi wa Al-Qaeda wasimbuye Osama Bin Laden yishwe
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivuga ko zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman Mohammed Rabie al-Zawahiri , mu gitero cy’indege ntoya itarimo umupilote (drone), nk’uko byemejwe na Perezida Joe Biden. Zawahiri wavukiye ahitwa Giza mu Misiri yishwe ku Cyumweru mu gitero cyo kurwanya iterabwoba cyakozwe n’ikigo cy’Amerika cy’ubutasi bwo mu mahanga (CIA), mu murwa mukuru Kabul […]
Leta yazamuye umushahara w’abarimu kuri 88% na 40%

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yatangaje ko guhera mu kwezi kwa Kanama 2022, abarimu bo mu mashuri abanza bazongererwa umushahara ku kigero cya 88%. Na ho abafite impamyabumenyi za A1 na A0 bazongererwa 40%. Ibi Dr Ngirente yabitangaje ubwo yagezaga ku nteko Ishinga Amategeko (imitwe yombi), ibikorwa bya Guverinoma bijyanye n’ibimaze kugerwaho mu rwego rw’uburezi […]
Aho u Rwanda ruhagaze mu mpaka z’ibihugu bya EAC ku kizabamo icyicaro cya EAMI
Bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) byananiwe kumvikana ahazajya icyicaro cy’Ikigo gushinzwe kwiga uko uyu muryango wagira ifaranga rimwe, East African Monetary Institute (EAMI). Ibihug byo muri uyu muryango byagaragaje ko bishaka kwakira iki kigo, kizagera nyuma kikavamo banki ya EAC. The Eastafrican yatangaje ko izi mpaka z’uwakwakira EAMI zadutse bitewe n’uko […]
Battle among EAC states over East African central bank host
The Eastafrican Partner states have failed to agree on which country should host the East African Monetary Institute (EAMI), one of the key establishments in implementing a single currency regime. The East African Community partners submitted their pitches to host the institute that would later transform into a regional central bank. But the EAMI has […]
M23 yashyizeho undi muvugizi uzakorana na Maj Willy Ngoma
Ubuyobozi bwâumutwe wa M23 bwashyizeho undi muvugizi, Lawrence Kanyuka, wiyongera kuri Maj Willy Ngoma usanzwe avugira uyu mutwe aho umwe akazajya awuvugira ku byerekeye politiki, undi ku bya gisirikare. Kanyuka uzajya avuga ibyerekeye Politiki mu gihe Maj Willy Ngoma we azakomeza kuwuvugira ibyerekeye ibya gisirikare. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze nâubuyobozi bwa M23 kuri iki […]
New details of how Weasel brutally beat up Rwandan Teta Sandra to pulp emerge
Goodlyfe singer Douglas Mayanja aka Weasel reportedly brutally beat up his baby mama Sandra Teta like a chicken thief and threw her outside the gate at Nomard Bar along Gaba Road, here we break down some of the reasons why. According to Blizz Uganda trusted souces, Weasel made it a habit to beat up the […]
Nyabihu-Rugera: Hadutse itsinda ry’insoresore z’amabandi zizengereje abaturage
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gaseke, Akagari ka Rurembo mu Murenge wa Rugera, mu Karere ka Nyabihu, barataka kujujubywa n’itsinda ry’insoresore ribazengereje ryiba imitungo yabo rikanatobora amazu yabo. Umwe mu baturage utashatse ko amazina ye atangazwa ku mpamvu bwite, yavuze ko iri tsinda ririmo abasore bakiri bato, bari munsi y’imyaka 20 ariko ngo […]
Umunya-Nigeria yiciwe mu muhanda ku manywa y’ihangu abari aho bari gufata videwo
Igitero cyo ku wa Gatanu ku Munya-Nigeria ucururiza mu muhanda, byamenyekanye ko yitwa Alika Ogorchukwu, yagabweho n’undi mugabo rwagati mu mujyi wa Civitanova Marche, cyafashwe amashusho ubwo yicwaga. Urupfu rw’uyu mwimukira wagabweho igitero ku manywa y’ihangu rwagati mu Butaliyani rwateje uburakari bwinshi. Iyo videwo, amakuru avuga ko yafashwe n’abantu bari bashungereye batagerageza gutabara, igaragaza uwo […]
Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n’umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka

Umugore witwa Yvonne Iribagiza w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Ngugu, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, aravuga ko yakubitiwe mu Mudugudu wa Kungo, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, bikozwe n’uwitwa Makuza Jean Damascene, utuye ahitwa ku Ngagi, akaba asanzwe ari umukozi wa WASAC mu […]
Perezida Kagame yashyizeho minisiteri itari imenyerewe

Perezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze yagizwe Minisitiri wâUbucuruzi nâInganda naho Eric Rwigamba agirwa Minisitiri wâIshoramari rya leta, minisiteri isanzwe itamenyerewe mu Rwanda. Abandi bahawe imirimo na Perezida Kagame ni Dr. Ildephonse Musafiri wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbuhinzi nâUbworozi na Dr. Yvonne Umulisa wagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri […]
Papa Francis avuga ko ashobora kwegura
Papa Francis yavuze ko igihe gishobora kugera vuba aha aho yacyenera gutekereza ku kwegura – kandi ko yakwegura mu gihe yaba yumva ubuzima bwe butagituma ashobora gukora mu buryo akwiye kuba akora. Yabivuze ubwo yari ashoje uruzinduko rwe muri Canada – aho yasabye imbabazi abasangwabutaka, uruzinduko rwabayemo gukora ingendo cyane n’iminsi y’akazi kenshi nk’uko inkuru […]
Imfungwa z’intambara zirenga 50 z’Abanya-Ukraine zishwe
Ukraine yasabye ko umuryango w’abibumbye (ONU/UN) n’umuryango utabara imbabare, Croix-Rouge, bemererwa gukora iperereza ku mpfu z’imfungwa zirenga 50 z’intambara z’Abanya-Ukraine, mu gitero mu gace kigaruriwe. Croix-Rouge yavuze ko irimo gusaba kugera kuri iyo gereza kugira ngo ifashe mu guhungisha no kuvura abakomeretse. Ukraine n’Uburusiya buri gihugu cyashinje ikindi kugaba igitero kuri iyo nkambi bari bafungiwemo. […]
Ifungwa rya Rusesabagina mu ngingo nkuru Antony Blinken azagarukaho mu ruzinduko i Kigali
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Amerika, Antony Blinken, ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda mu kwezi gutaha, biteganyijwe ko azabaza u Rwanda ku ifungwa rya Paul Rusesabagina, uburenganzira bwa muntu, no gufunga urubuga rwa politiki ku batavuga rumwe nâubutegetsi. Blinken azagera mu Rwanda tariki 10 Kanama uyu mwaka mu mpera z’ingendo ze muri Cambodia, Philippines, Africa yâEpfo, […]
Hashyizweho abayobozi bashya muri za minisiteri zimwe n’ibigo bya Leta
Inama yâAbaminisitiri yateranye kuwa 29 Nyakanga, yashyize mu myanya abayobozi batandukanye muri minisiteri ndetse n’ibigo bya Leta bitandukanye, ndetse no mu zindi nzego za Leta. Inama yâAbaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame Paul, yemeje ko Regis Mugemanshuro ayobora RSSB, umwanya yari ariho kuva mu 2020. Ni mu gihe Louise Kanyonga yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije muri icyo […]
Abatarikingije Covid-19 byuzuye ntibazongera kwemererwa kugenda mu modoka rusange
Inama yâAbaminisitiri yateranye kuri uyu wa 29 Nyakanga 2022, yemeje ko gukoresha imodoka rusange bizajya bisaba ko umuntu aba yarakingiwe byuzuye, ni ukuvuga yarahawe inkingo eshatu mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Covid-19 cyari kimaze iminsi cyongeye kwiyongera. Iyi nama yemeje ko âAbanyarwanda nâabaturarwanda barasabwa kwikingiza byuzuye kugira ngo bemererwe kujya ahantu hahurira abantu benshi […]
Xi and Biden exchange warnings on Taiwan
The US and Chinese leaders have warned each other over Taiwan during a phone call that lasted more than two hours. President Joe Biden told his Chinese counterpart, Xi Jinping, that the US strongly opposed any unilateral moves to change the island’s status. But he added that US policy on Taiwan had not changed. Beijing […]
Uwo ariwe wese ukina nâumuriro azashya- Xi Jinping abwira Biden ku kibazo cya Taiwan
Abaperezida ba Amerika nâUbushinwa baburiranye mu kiganiro bagiranye kuri telephone cyamaze amasaha arenga abiri; Xi Jinping avuga ko uwo ari we wese ukina n’umuriro azashya, naho Joe Biden, amwibutsa ko igihugu cye kikiri mu murongo cyahozemo ku kibazo cya Taiwan. Perezida Joe Biden yabwiye mugenzi we Xi Jinping wâUbushinwa, ko Amerika idashyigikiye na gato ibikorwa […]
Teta Sandra yavuze ko Weasel atari we wamukubise akamukomeretsa
Umunyarwandakazi Sandra Teta uba muri Uganda aho abana n’umugabo we, Weasel Manizo, avuga ko atari we wamukubise akamugira intere nk’uko byari byatangajwe ku munsi w’ejo. Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Sandra Teta yabyimbaganye mu maso ndetse afite amaraso ku munwa bigaragara ko yakubiswe bikomeye. Indi foto igaragaza abana be babiri bari imbere ya se, […]
Marketing Oficer at BRD
Vacancy Announcement The Development Bank of Rwanda is Rwandaâs only National Development Bank mandated to support Rwandaâs development goals. Over the last years, the bank has undergone substantial re-organization aimed at positioning it as an âinnovative and sustainable provider of development finance for socio-economic impactâ. To achieve this vision, the bankâs new strategic plan (2018-2024) […]
Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe yayobowe na mugenzi we wa Sierra Leone
Perezida Kagame kuri uyu wa Kane yitabiriye inama idasanzwe ya kabiri ya komite y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bahuriye mu rwego rushinzwe kugenzura imiterere yâImiyoborere muri Afurika, Iyi nama yabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga, yayobowe na Perezida wa Sierra Leone, Julius Maada Wonie Bio, yari yanitabiriwe na Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta. Perezida Kagame yashimiye Kenya ku […]
U Burundi buravugwaho kohereza mu ibanga ingabo muri Congo
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi witwa Human Rights Initiative (BHI), uvuga ko kuva mu mpera z’umwaka wa 2021, iki gihugu cyohereje abasirikare bacyo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kugira ngo bahangane n’inyeshyamba zirwanya Gitega. Uretse abasirikare, BHI ivuga ko muribo harimo n’urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi ruzwi nk’Imbonerakure, rwagiye muri […]
Biravugwa ko hari abasirikare ba MONUSCO bahungiye mu Rwanda
Hari amakuru avuga ko bamwe mu basirikare ba MONUSCO bahunze ibikorwa byâurugomo byâi Goma muri DRC baba barahungiye mu Rwanda. Mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kubera ibikorwa byâimyigaragambyo yo kwamagana MONUSCO bashinja kuba ntacyo yakoze kuva yagera muri iki Gihugu aho iri mu butumwa bwo kugarura amahoro. Ni imyigaragambyo yagiye […]
Burundi secretly sent troops to DR Congo – rights group
BY AFP Burundi has secretly sent hundreds of troops and members of a youth militia into neighbouring Democratic Republic of Congo since the end of 2021 to fight an armed rebel group, a Burundian human rights group said Wednesday. The main target of the operation is the RED-Tabara, the Burundi Human Rights Initiative said, referring […]
Gov’t to recruit 12,000 teachers
The Government, through the Rwanda Basic Education Board (REB) is set to recruit over 12,000 teachers for both primary and secondary level. The move is aimed at boosting the career progression of teachers and also ensure competitiveness of schools, which will have an impact on the quality of education offered. The best teachers will be […]
Urubanza rwa Jean Twagiramungu uregwa jenoside rwahagaritswe amezi abiri
Urubanza rwa Jean Twagiramungu uregwa jenoside rurahagarara amezi hafi abiri kugira ngo bategereze umutangabuhamya wa nyuma urwaje umubyeyi we utabashije kuboneka kuri uyu wa 27 Nyakanga 2022, ubwo bari kurangiza kumva abatangabuhamya. Kuwa Gatatu mu rukiko rwâi Huye hari kumvwa abatangabuhamya batatu ba nyuma, ariko umwe ntiyaboneka. BBC yakurikiranye iri buranisha ivuga ko “Umutangabuhamya wa […]
Twirwaneho iravuga ko FARDC n’igisirikare cy’u Burundi bigiye kugaba ibitero ku Banyamulenge
Ishyirahamwe riharanira Uburenganzira bwâAbanyamulenge ryitwa Twirwaneho riravuga ko Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyaba kigiye kwihuza nâicyâu Burundi (FDNB) mu kwitegura kugaba ibitero ku bo mu bwoko bwâAbanyamulenge muri Kivu yâEpfo. Twirwaneho yatanze impuruza ko abasirikare ba FARDC baherutse kwihuza nâabasirikare bâu Burundi, bitegura kugaba ibitero ku Banyamulenge bo muri Kivu yâEpfo. […]
MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Gaspard Twagirayezu, arasobanura impamvu hagiye guhindurwa uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga. Uyu muyobozi avuga ko amanota yose azabarwa mu buryo bumwe mu gihe ubusanzwe buri cyiciro cyabaga gifite uburyo bwacyo amanota atangazwamo. Yagize ati ” Twahinduye uburyo amanota yajyaga abarwa. Ubundi ubusanzwe abo mu mashuri abanza babaga bafite […]
CP Kabera avuga ko ibisambo bigiye kujya byitangaho amakuru
Umuvugizi wa polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko amabwiriza mashya agenga ubucuruzi bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga, azatuma ibisambo ubwabyo byitangaho amakuru ndetse n’ay’ibyo byibye bityo byorohe kubikurikirana. Kuva tariki ya 11 Nyakanga 2022 hamaze gushyirwaho amabwiriza agenga ubucuruzi bw’ibikoresho y’amashanyarazi n’iby’ikoranabuhanga byakoreshejwe. Zimwe mu ngingo ziyakubiyemo harimo ko ubicuruza agomba kuba afite icyemezo cya […]
Umunyamakuru uherutse gusabwa kuguma i Kigali yavuze ko Museveni ‘ari nk’inka opozisiyo ikama amafaranga

Daniel Lutaaya yahoze akorera televiziyo ya NBS, avuga ko opozisiyo muri Uganda idashaka ko Museveni uyoboye icyo gihugu kuva mu 1986 ava ku butegetsi kuko kuri yo, ” Museveni ni inka bakama ifaranga.” Lutaaya yari aherutse kwijundikwa na Rtd IGP Asan Kasingye, wamuryozaga ko avuze ko Kigali isa neza ubwo yari yitabiriye inama ya CHOGM. […]
Ibikorwa byo gusahura MONUSCO byakomeje i Goma
Amakuru aravuga ko kuwa Kabiri habayeho ibikorwa byo gusahura inyubako za MONUSCO mu mujyi wa Goma nyuma y’imyigaragambyo yo kuwa Mbere nayo yaranzwe n’ubusahuzi no gutwika ibintu bitandukanye. MONUSCO yamaganye ibitero ku nyubako zayo i Goma ivuga ko amahoro atazabonekera âmu mvururuâ. Imyigaragambyo ikomeye yageze mu ijoro ryo kuwa mbere yabayemo gusahura no gutwika zimwe […]
What happened when Kenya bus plunged into river leaving 34 dead
BY NATION AFRICA At least 34 people died after a Mombasa-bound bus plunged into River Nithi, a notorious accident blackspot, along the Meru-Nairobi highway in central Kenya on Sunday evening. In a Monday morning update, Tharaka Nithi County Commissioner Nobert Komora also confirmed that 11 people had survived the grisly crash, but cautioned that the […]
Pasiteri Bugingo yatanze igihe ntarengwa abakirisitu bazajya baboneraho ibitangaza
Uwashinze akanayobora Itorero House of Prayer Ministries, Aloysius Bugingo, yasabye abakirisitu kutarambirwa, ahubwo bakazajya bategereza imyaka itatu kugira ngo ibitangaza basabye ko Imana ko ibakorera, bibaho. Bugingo yavuze ko ibi bizafasha abakirisitu kutirirwa bamutunga intoki ngo bataye igihe cyabo, bajya gusengera iwe, ibyo basabye baratagereza amaso ahera mu kirere. Mu kiganiro na Spark TV, Pasiteri […]
Kagame receives Dr kalibata, Hailemariam Dessalegn
Rwandan President, Paul Kagame has received Former Prime Minister of the Federal Democratic Republic of Ethiopia and AGRA chair, Hailemariam Dessalegn and Dr Kalibata Agnes, its president. According to Rwanda presidency, the Country Director Jean Paul Ndagijimana was also present. The trio briefed Kagame on the upcoming AGRF2022 scheduled for September in Kigali. AGRA’s mision […]
Perezida Kagame yakiriye Hailemariam Dessalegn na Dr Kalibata
Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 25 Nyakanga 2022, yakiriye muri Village Urugwiro Hailemariam Dessalegn, Umuyobozi wâinama yâubutegetsi yâUmuryango nyafurika uharanira guteza imbere ubuhinzi (AGRA). Ibiro byâUmukuru wâIgihugu byatangaje ko mu bandi Perezida yakiranye na Dessalegn, harimo Perezida wâuyu muryango, Dr Agnes Kalibata ndetse nâumuyobozi wawo mu Rwanda, Jean Paul Ndagijimana. […]
Rwanda FDA recalls more than 30 herbal medicines

Rwanda Food and Drugs Authority (FDA) on Monday, July 25, removed over 20 herbal medicines from the market over safety concerns. The regulator said the decision was taken after it conducted an inspection during which samples of herbal medicines were collected for testing in laboratory, with results showing that many products did not meet minimum […]
Gasabo maid sentenced to life for murdering a 9-year-old boy
Gasabo Intermediate Court has handed Solange Nyirangiruwonsanga a life sentence after being convicted of murdering a nine-year-old boy in the Gasabo district. Nyirangiruwonsanga, a 37-year-old mother of five, was a maid in the victimâs home. The court issued the verdict on Monday, July 25 at Ndera sub-parish Catholic Church where the court had previously tried […]
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti cyategetse ko imiti 37 ikomoka ku byatsi ihagarikwa ku isoko kuko itujuje ubuziranenge. Imwe muri yo hari iyitwa Rusenyanzoka, Umurerabana, Umuti w’Isi n’iyindi. Itangazo rya FDA
Gen Kabarebe yavuze uwaba yararigishije agasanduku k’umukara kari mu ndege ya Habyarimana
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu byâUmutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko ihanurwa ryâindege yari itwaye uwari Perezida wâu Rwanda, Gen. Maj. JuvĂ©nal Habyarimana, ryabayemo urujijo ku buryo agasanduku k’umukara kabika amakuru y’indege, karigishijwe. Yabigarutseho ku wa 22 Nyakanga 2022 ubwo yagiranaga ibiganiro nâabibumbiye mu ihuriro ryâurubyiruko mu Karere ka Gisagara ku nsanganyamatsiko igira iti […]
Uburusiya buvuga ko hari abasirikare ba Ukraine bakoze ibyaha byibasira inyokomuntu
Umukuru w’akanama k’iperereza k’Uburusiya, Alexander Bastrykin, yavuze ko bwareze abasirikare 92 bo mu ngabo za Ukraine ibyaha byibasiye inyokomuntu. Bastrykin yabwiye ikinyamakuru Rossiiskaya Gazeta cya leta y’Uburusiya ko amaperereza ku byaha arenga 1,300 yatangiye. Yanatanze igitekerezo cy’uko hashingwa urukiko mpuzamahanga rushyigikiwe n’ibihugu nka Bolivia, Iran na Syria. Yavuze ko abantu 96, barimo abakuru ba gisirikare […]
Suwede: Umugabo uvuka i Nyamasheke yahamijwe kwica umugore we uvuka i Rusizi

Urukiko rwo muri Suwede ku wa Gatanu tariki 22 Nyakanga 2022, rwahanishije igifungo cya burundu ndetse akirukanwa ku butaka bw’icyo gihugu uwitwa Uwizeye Uwizeye Jean DamascĂšne, uvuka mu Karere ka Nyamasheke, nyuma yo gusanga ahamwa n’icyaha cyo kwica umugore we, Ingabire uvuka mu Karere ka Rusizi. Uwizeye wâimyaka 38, yatawe muri yombi mu Gushyingo 2021 […]
Perezida Kagame yaganiriye na Mahamadou Issoufou wigeze kuyobora Niger

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Nyakanga 2022, yagiranye ibiganiro nâuwahoze ari Perezida wa Niger, Mahamadou Issoufou, uri mu Rwanda mu nama mpuzamahanga ku kubungabunga ibyanya bikomye muri Afrika (APAC). Mouhamadou Issoufou, ari mu bayobozi Perezida Kagame yakiriye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu, bari baherekejwe nâabandi bo ku ruhande […]
Impunzi z’Abarundi mu nkambi ya Kibondo zirashakishwa hasi hejuru
Impunzi zâAburundi ziri mu nkambi ya Kibondo muri Tanzania ziratabaza UNHCR kubwo guhigwa bukware na polisi yâiki gihugu izicyura ku gahato. Izi mpunzi zâAbarundi zimaze igihe zarahungiye muri Tanzania kubera umutekano muke nâintambara biri mu gihugu cyabo, zihangayikishijwe nuko Leta ya Tanzania iri kubacyura mu gihugu cyabo cyâamavuko ku ngufu Mu mezi atandatu ashize impunzi […]
Gen Nzabamwita na Gen Nyakarundi baba baherutse i Kinshasa mu ibanga
Hari amakuru avuga ko u Rwanda ruherutse kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamwe mu bahanga mu bijyanye nâiperereza bagiye kugaragariza iki gihugu, ibimenyetso byerekana ko bamwe mu bayobozi baho bakorana na FDLR. Ikinyamakuru Africa Intelligence gikora inkuru zicukumbuye muri Afurika kiremeza ko u Rwanda rwohereje abakuriye iperereza muri Congo bagiye kwereka bagenzi babo […]
Students at GiraICT Limited
Students – Job Advert GiraICT Limited is an IT solution company based in Rwanda. The company recently introduced eShuri, a learning mobile application for teachers & students. On eShuri, we provide full online STEM programme and robotics programming courses where one can have the latest course and study at his pace from basics to advanced […]
Rwamagana: Umugabo yihakanye Frw asaga ibihumbi 80 yafashwe agiye kubitsa
Umugabo witwa Habirora Anaclet wâimyaka 30, yfatanwe Amafaranga yâu Rwanda 82,000 byâamahimbano ubwo yari agiye kuyabitsa ku mu-agent mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Muhazi, Akagari ka Nyarusange, Umudugudu wa Pulaje. Umuvugzi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba, SP Hamdun Twizeyimana, yavuze ko uyu Habirora yafashwe ubwo yari agiye kubitsa aya mafaranga ku mukozi wa […]
Abadepite bamurikiwe uko akato gahabwa abafite virusi ya SIDA gahagaze mu Rwanda
Urugaga rwâabafite virusi itera SIDA kuri uyu wa 22 Nyakanga 2022, ruri kumurikira abadepite bagize komisiyo yâimibereho myiza yâabaturage, ubushakashatsi rwakoze ku kato gahabwa abafite iyi virusi. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 938 barimo abafite virusi itera SIDA, abakora akazi ko kwicuruza, nâabaryamana ari ab’igitsina kimwe. Ubu bushakatsi bugaragaza ko akato gahabwa abafite iyi virusi […]
Somalia still interested in joining EAC
Somalia has renewed interest in joining the East African Community (EAC), cementing the desire of President Hassan Sheikh Mohamud to stabilise ties with neighbours. President Mohamud, who won the presidential polls in May, was in Arusha on Thursday as a special guest to attend the 21st Ordinary Summit of the EAC Heads of State. And […]
Sadio Mane yahigitse Mendy, Mo Salah nk’umukinnyi w’umwaka ku mugabane wa Afurika
Umunya-Senegale ukinira ikipe yo mu Budage, Sadio Mane, niwe watowe nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru wahize abandi ku mugabane wa Afurika, ahigitse Umunya-Misiri, Mohammed Salah ukinira Liverpool na mwenewabo, Edouardy Mendy, umunyezamu wa Chelsea. Ni igihembo yaherewe i Rabat muri Maroc mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, bikaba ari no ku nshuro ya Kabiri acyegukanye. Mane […]
Metallurgist at RUTONGO Mines Ltd
JOB ADVERTISEMENT Who we Are: Rutongo Mines Ltd is a Tin Mining Company, situated in Masoro Sector, Rulindo District, Northern Province. The Management of Rutongo Mines Ltd informs the public that it is recruiting Competent, Qualified and Experienced staff for the following position: Metallurgist (1 Position) Position/Job Title: Metallurgist Job Grade: D1 Department : Technical […]