Nyanza: Umukobwa yanyoye umuti wica udukoko two mu murima

Mu Mudugudu wa Bukinankwavu mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, Umugore witwa Judith yagerageje kwiyahura Imana ikinga akaboko. Yavuze ko yari agiye kwiyambura ubuzima kuko umugabo wamuteye inda ari kubihakana. Mu ijoro ryo ku wa 12 ugushyingo 2020 ahagana saa tanu z’ijoro, Mukansanga w’imyaka 18 y’amavuko ngo yagerageje kwiyahura […]

Sinakwiba utuntu tw’amafuti nka turiya- Tom Byabagamba

Tom Byabagamba wakatiwe n’Urukiko rw’Ubujurire igifungo cy’imyaka 15, uyu munsi ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw ku cyaha cy’ubujura bwa telephone akekwaho, we avuga ko ari akantu k’amafuti atakwiba. Uregwa yireguye avuga ko kiriya cyaha ari igihimbano ngo kuko “Atari umuntu wakwiba utuntu tw’amafuti nka turiya.”‘ Ubwo yari amaze kwiregura, Ubushinjacyaha […]

Rutsiro: Umuturage ashinja umupolisi gukoresha imodoka ye impanuka

Umuturage witwa Gandika Jean Bosco utuye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyakiriba, Akagari ka Kanyefurwe mu Mudugudu wa Kiyovu, yagejeje ikirego kuri Polisi y’igihugu ayisaba ko yamufasha gukoresha imodoka ye, yagushijwe n’umupolisi witwa PC Bikorimana Jean Claude. Avuga ko uwo mupolisi witwa PC BIKORIMANA Jean Claude yakuye umushoferi w’imodoka ye yo mu bwoko bwa […]

RCS ntivuga rumwe n’umuryango wa Rusesabagina ku buzima bwe

Umuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko aho afungiye i Kigali yababwiye ko arwaye, kandi ubuzima bwe bukomeje kumera nabi kubera indwara asanganywe zisaba imiti ihoraho, mu gihe RCS ivuga ko ari muzima nta n’igicurane arwaye. Uyu mugabo afungiye mu Rwanda aregwa ibyaha by’iterabwoba, bishingiye ku bitero byiciwemo abantu mu 2018 na 2019 byakozwe n’umutwe wa […]

Muhanga: Bamudodeye ikanzu mu mwenda wa matera ku bw’amikoro-Amafoto

capture-29.png

Umwana w’umukobwa utaramenyekana amazina wo mu Karere ka Muhanga, yagaragaye mu mashusho yashyizwe kuri Twitter, yambaye ikanzu ikozwe mu mwenda wa matera ya Rwandafoam. Patrick Bizimana ukora akazi ko gufotora no gutunganya amashusho, yabinyujije kuri Twitter avuga ko uyu mwana w’umukobwa yadodewe iyi kanzu kuko ababyeyi be batabasha kubona amikoro yo kumugurira imyenda.” Ku ipaji […]

USA: Abashinzwe amatora bamaganye ibirego bya Trump

Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo “matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika” – batesha agaciro ibivugwa na Trump ko yaranzwe n’uburiganya. Komite ishinzwe iby’umutekano mu matora mu gihugu yavuze ko “nta gihamya ko uburyo bwo gutora bwasibye, bwataye, bwahinduye amajwi, cyangwa ikindi kidasobanutse”. Aba […]

Igice cy’Agakiriro ka Gisozi cyahiye

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ugushyingo 2020, inyubako y’isoko ryo mu Gakiriro ko ku Gisozi mu Karere ka Gasabo yafashwe n’inkongi y’umuriro. Hahiye igice cyo hagati cy’iyo nyubako gisanzwe gicururizwamo imyenda hejuru, aho bita muri Duhahirane hazwi ku izina rya ‘Morden Market Gisozi’. Kugeza ubu ntiharameneyekana icyateye iyi nkongi. shami rya […]

Bad Black yahishuye ko asigaye aryamana na nyirarume

124861960_762928660960321_3120453609817653352_n.png

Ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, Shanita Namuyimbwa uzwi nka Bad Black yahishuye ko mu minsi ishize yamenye ko asigaye aryamana na nyirarume. Mu muco w’Abaganda (ubwoko) ni kirazira ko umwishywa yaryamana na nyirarume (incest). Ibi ariko ni nk’aho ari icyita rusange kuri Bantu bose. Akoresheje Snapchat, Bad Black avuga ko yari atazi ko Asha […]

Tanzania: Igitego cyatsinzwe n’uwakiniye Rayon Sports cyatumye umuntu apfa

Ku mukino w’abakeba uhuza amakipe abiri akomeye muri Tanzania, Simba SC na Yanga, umufana wa Simba SC, Shaban Balwe yitabye Imana nyuma y’uko Yanga yabonye penaliti yatsinzwe na rutahizamu Michael Sarpong. Ibi byabaye ku mukino wahuje Yanga Simba SC ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo amakipe yombi yanganyaga 1-1. Balwe akaba n’umunyamuryango w’iyi kipe wari […]

Safi yagaragaje amarangamutima kuri Parfine bivugwa ko bongeye gukundana

Umuhanzi Safi Madiba uba muri Canada yaciye amarenga ko yaba yarongeye gukundana na Parfine bakanyujije bakaza gutakundana agiye gukora ubukwe na Niyonizera Judithe. Nyuma y’aho umuhanzi Safi Madiba agiriye muri Canada mu mpera za Gashyantare 2020, byavuzwe ko yongeye gukundana na Parfine ndetse bimuteranya n’umugore we basezeranye Niyonizera Judithe. Hari ubutumwa bwagiye hanze bugaragaza ibiganiro […]

Umuryango wa Rusesabagina urabyinira ku rukoma nyuma y’aho abanyamategeko babiri bivanye mu rubanza

Umuryango wa Paul Rusesabagina utangaza ko wishimiye kuba abanyamategeko; Me David Rugaza na Me Emelyne Nyembo barikuye mu rubanza rwa mwenewabo. Soma: https://bwiza.com/?Abanyamategeko-bunganiraga-Rusesabagina-bikuye-mu-rubanza Mu rubanza rwo ku wa kabiri tariki ya 10/11/2020, Gatera Gashabana yagejeje ubutumwa mu rukiko arumenyesha ko adashobora kuboneka kuko ari hanze y’u Rwanda. BBC yavuganye n’abo mu muryango wa Rusesabagina ku […]

Ruhango: Imyaka itatu irashize abahinzi b’umuceri bataha amara masa

Abahinzi b’ umuceri bo mu gishanga cya Kigogo giherereye mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango baravuga ko baheruka umusaruro wo mu mwaka wa 2017 bitewe n’uko iyo imvura iguye ari nyinshi ibangiriza. Umwe muri aba bahinzi yatangarije TV1 ati ” N’ubwo ubona uyu muceli ugiye kwera na bwo ntitwizeye ko tuzawusarura. N’ubu ushobora […]

Hahindutse ururimi rukoreshwa mu rubanza rwa Munyagishari

Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Bernard Munyagishari, uheruka guhamwa n’ibyaha bya Jenoside agakatirwa gufungwa burundu, Inteko y’abacamanza itangaza ko rugomba kuburanwa mu rurimi rw’Igifaransa nk’uko byemeranyijweho n’ababuranyi. Ku wa 20 Mata 2017 nibwo Urukiko Rukuru rwahamije Bernard Munyagishari icyaha cya Jenoside, rumukatira gufungwa burundu. Bernard Munyagishari yoherejwe mu Rwanda n’Urukiko Mpuzamahanga Mpuzamahanga […]

Leta ya Tigray yasabye abaturage kwambarira urugamba bagahangana na Ethiopia

Abategetsi bo mu karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia bategetse abaturage baho kwambarira urugamba, bababwira ko bagomba “kwirwanaho” kubera “ubushotoranyi bugaragara” bwa leta ya Ethiopia. Hakomeje kwiyongera ubwoba ko intambara ishobora gukwira muri iki gihugu cyo mu ihembe ry’Afurika. Mbere yaho, Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yari yanze ubusabe bw’abategetsi ba Tigray bw’ibiganiro […]

Joe Biden yashyizeho umuyobozi wa mbere nyuma yo gutorwa

Perezida biboneka kugeza ubu ko yatowe muri Amerika Joe Biden yatoranyije uwitwa Ron Klain kuba umuyobozi w’ibiro bya perezida, nk’uko bivugwa n’ikipe imukorera. Bwana Klain yakoze nk’umujyanama wa Bwana Biden kuva mu myaka ya 1980 ubwo yari muri sena na nyuma ubwo yatorerwaga kuba visi perezida. Bwana Klain uzi iby’imbere cyane muri Washington, yanabaye umujyanama […]

Uburusiya buvuga ko bufite urukingo rwa COVI-19 ku kigero cya 92%

Uburusiya bwatangaje ko urukingo Sputnik V rurinda umuntu kwandura Covid-19 ku gipimo cya 92% nk’uko byerekanwa n’ibipimo by’agateganyo byavuye mu igerageza. Byatangajwe n’ikigega cya leta gishinzwe iby’imari uyu munsi ku wa gatatu nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru Reuters. Ibi byavuye mu cyiciro cya nyuma cy’igerageza ry’urukingo ku bantu bibaye ibya kabiri ku isi, mu muhate wo […]

Rusizi: Abajura bakomeje kujujubya aborozi

Mu cyumweru gishize, Bwiza.com yabagejejeho inkuru aho abaturage batuye mu Karere ka Rusizi batangaza ko barembejwe n’abajura, kuri ubu amatungo aracyibwa. Wasoma: https://bwiza.com/?Rusizi-Ubujura-bw-amatungo-bwakajije-umurego kuri uyu wa 11 Ugushyingo, haravugwa ubundi bujura bw’inka nk’uko Umuseke ubitangaza. Muri iri joro ryakeye, mu Mudugudu wa Kanoga mu Kagari ka Rwega, mu Murenge wa Giheke Akarere ka Rusizi, haraye […]

Musanze: Undi mwana mu bakubiswe ku bwo kurya ibiryo by’umuturanyi yapfuye

Umwana wa kabiri muri batatu bakubiswe n’umugabo witwa Izabayo ThĂ©odore utuye mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Kigombe, Umudugudu wa Rukereza, abaziza ko bahoraga bajya iwe gusaba abana be ibiryo, na we byemejwe ko yitabye Imana azize ibikomere. Ni amakuru yamenyekanye ahagana saa moya za mugitondo kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2020, aho urupfu rw’uyu […]

Kinshasa: Abaminisitiri babiri basohowe mu ndege ikitaraganya

Aba minisitiri babiri bo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo; NĂ©nĂ© Nkulu ushinzwe umurimo na Willy Kitobo ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro basohowe igitaraganya mu ndege ubwo bari bagiye guhaguruka ku kibuga cya Kinshasa berekeza mu ntara rwagati. Ibitangazamakuru byo muri Congo bivuga ko aba baminisitiri basohowe mu ndege kuwa 10 Ugushyingo n’abakozi b’Urwego rushinzwe Abainjira […]

Abacururiza mu isoko rya Rwamagana baratabaza

Abacururiza mu isoko rya Rwamagana riherereye mu Murenge wa Kigabiro, barinubira ko rishaje cyane ndetse ngo iyo imvura iguye amazi arabatera akangiza ibicuruzwa byabo mu gihe ubuyobozi bwo buvuga ko butazarisana ahubwo ko buteganya kubaka irya kijyambere nubwo ntagihe bazi rizubakirwa. Aba bacuruzi bavuga ko mu minsi yashize hari abaje gusana imireko aho kugira ngo […]

Kuba Trump yaranze kwemera ko yatsinzwe ‘biteye isoni’ – Biden

Joe Biden yavuze ko kuba Perezida Donald Trump yaranze kwemera ko yatsinzwe amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize “biteye isoni”. Ariko uyu perezida watowe – ukomeje kuvugana n’abategetsi batandukanye ku isi – yashimangiye ko nta kintu na kimwe kizabuza ko habaho ihererekanya ry’ubutegetsi. Hagati aho, Bwana Trump yanditse kuri Twitter ko bizarangira atsinze aya […]

Kabuga aritaba urukiko mu Buholandi

Kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Ugushyingo biteganyijwe ko FĂ©licien Kabuga ushinjwa ibyaha bya Jenoside yitaba urukiko i La Haye mu Buholandi, nyuma y’iminsi yoherejwe gufungirwa muri icyo gihugu. Urubanza rwa Kabuga ruratangira saa munani z’amanywa yo mu Buholandi, bikaba ari saa cyenda zo mu Rwanda. Ku cyumweru nibwo umucamanza lain Bonomy wahawe kuburanisha urubanza […]

Musanze: Umugabo yishe umwana, undi amugira intere kubera ibiryo

Umugabo uzwi ku izina rya Muganga utuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze yishe umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 10 ndetse agira intere undi w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 6 kuko bagiye iwe bakarya ibiryo babihawe n’abana b’uyu mugabo. Bwiza.com yageze ahabereye ubu bwicanyi, bamwe mu baturage […]

Amajyepfo: Nyamagabe ni iya nyuma mu gutanga serivisi ku baturage

emc62hiw8ae-7wm.png

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imiyoborere (RGB) rwagaragarije Uturere two mu Ntara y’Amajyepfo uko dukurikirana mu mitangire ya Serivisi aho Akarere ka Nyamagabe kaje ku mwanya wa nyuma n’amanota 54.8% Ibi RGB yabigaragaje ubwo yerekaga inzego z’Ibanze zo mu Ntara y’Amajyepfo uko zihagaze muri raporo y’ubushakashati bukorwa buri mwaka bugaragaza ishusho y’imiyoborere n’imitangire ya Serivisi izwi nka […]

Nyamagabe: Imodoka ya paruwasi yahiye mu buryo bw’amayobera

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Ugushyingo 2020, imodoka ya Paruwasi ya Kitabi muri Diyoseze ya Gikongoro yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka. Nk’uko bivugwa na Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Kitabi, Padiri Gaspard Nkurikiyimana, iyo modoka ngo yari ihaparitse, nyuma basohotse basanga irimo irashya. Yagize ati “Twasohotse tuvuye kunywa icyayi, kuko tubanza […]

Amazina 10 asekeje abanyamakuru Rutura na Sandrine bahabwa igihe baba ari itsinda ry’abahanzi

capture-28.png

Abakurikira Radio Kiss FM bahawe urubuga ngo batange izina ryahabwa Arthur Nkusi uzwi nka Rutura na Isheja Sandrine Butera igihe baba bagize itsinda ry’abaririmbyi. Aba bombi banditse kuri Facebook babaza abakurikiye radio uko bakwita iri tsinda ry’abanyamakuru bakunzwe aho iyi radiyo yumvikana mu Rwanda. Itsinda ry’aba babiri ryahawe amazina akurikira yaba aseekeje kuri bamwe: 1. […]

Zari na Diamond baravugwaho gusubirana

Nyuma y’imyaka ibiri umunyamideli Zari Hassan atandukanye na Diamond Platnumz bari bamaze imyaka itatu babana nk’umugore n’umugabo, ubu biravugwa ko aba bombi baba bagiye gusubirana. Zari yari amaze imyaka ibiri atandukanye na Diamond gusa muri iki gihe yaje muri Tanzania. Akigera muri Tanzania, Zari yabwiye itangazamakuru ko azaniye abana Diamond kuko yari abakumbuye. Yagize ati […]

Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka

Hashize imyaka 5 inzego zishinzwe ubwikorezi mu Rwanda zishyizeho interineti abagenzi bakoresha mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali. Kuri ubu, bamwe mu bakora ingendo zijya zikanava mu ntara barasaba ko nabo bahabwa internet mu modoka bagendamo kuko bakora urugendo rurerure badafite ikindi bahugiraho. Umwe mubaganiriye na TV10 ari mu rugendo ziva zikanajya mu ntara […]

Rwanda: Guma mu rugo ishobora gusubizwaho

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase avuga ko Abanyarwanda nibakomeza kudohoka ku kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19 bashobora gusubira mu bihe byo kuguma mu rugo. Aganira na RBA, Shyaka yatangaje ibi ubwo yavugaga ku bimaze iminsi bigaragara by’abantu bandura ndetse n’abafatwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19. Minisitiri Shyaka yavuze ko Guma mu rugo ishobora […]

Habonetse urukingo rushobora kurinda COVID-19 ku kigero cya 90%

Isesengura ry’ibanze ryerekanye urukingo rwa mbere rushobora kurinda umubiri w’umuntu kwandura Covid-19 ku kigero cya 90% . Kompanyi zarukoze – Pfizer na BioNTech – zavuze ko uyu ari “umunsi ukomeye kuri siyanse n’abantu”. Zivuga ko urukingo rwabo rwasuzumiwe ku bantu 43,500 mu bihugu bitandatu kandi nta bibazo rwateye abaruhawe. Mu mpera z’uku kwezi, izi kompanyi […]

Tanzania: Hitezwe imvura izamara iminsi itatu igwa

Ikigo Gishinzwe iby’Ikirere muri Tanzania (TMA) gitangaza ko imvura izamara iminsi itatu igwa ubudaharara mu ntara esheshatu z’igihugu kuva kuwa 8 Ugushyingo 2020. TMA ivuga ko imvura izagwa mu Ntara zikurikira: Dar es Salaam, Morogoro, Tanga, Ibirwa bya Mafia, Unguja na Pemba nk’uko itangazo ryashyizwe hanze ribivuga. Byitezwe ko inzu, imihanda n’ibindi bikorwaremezo bishobora kuzahangirikira. […]

Kigali: Kompanyi yatsinzwe urubanza yaregagamo umunyamakuru

Kompanyi yitwa Gabanyirizwa company Ltd (GBC Ltd) yatsinzwe urubanza yaregagamo umunyamakuru Didas Niyibizi wayikozeho inkuru, aho abagore bane bashinja bosi wayo, Rukundo Samuel kubasaba kuryamana kugira ngo abishyure amafaranga babaga barakoreye bacururiza kompanyi ye. Gabanyirizwa company Ltd (GBC Ltd) kuwa 6 Ugushyingo 2020 yatsinzwe urubanza rwari mu Rukiko rw’Ubucuruzi mu Mujyi wa Kigali aho ivuga […]

Bugesera: Uwafatanwe umukobwa w’imyaka 17 muri loji yararekuwe

20201109_015747.jpg

Umugabo bivugwa ko ari mu myaka 40 ku mugoroba wo kuwa 18 Ukwakira 2020, yasanzwe mu macumbi (Lodge) ari ahazwi nko mu Irango mu Murenge wa Mareba, Bugesera, aryamanye n’umwana w’imyaka 17 y’amavuko, nyuma yaje kurekurwa. Ababyeyi b’umwana bavuga ko bumiwe babonye uwafashwe akekwaho gusambanya uyu mwana arekuwe, nyamara ibyangombwa byaba ifishi yakingirijweho( intyoza.com yabashije […]

Musanze/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n’amabandi yitwaje imihoro

Uwari Umuyobozi w’Umudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, Celestin Bimenyimana yeguye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n’itsinda ry’amabandi yitwaje imihoro kuwa 16 Ukwakira 2020 ahagana saa yine z’ijoro. Bimenyimana yatangarije Bwiza.com ko yeguye ku mpamvu ze bwite nyuma y’imyaka 12 yari amaze ayobora aka gace ahanini […]

Gasabo: Hoteli yafatiwemo abasinzi basaga 100 bavuga ko bari mu bukwe

Abaturage basinze basaga100 biganjemo urubyiruko bafatiwe muri Hoteli ya Landmark Suites iri mu Murenge wa wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19, ihita ifungwa. RBA itangaza ko aba bafashwe na polisi mu masaha ari hagati ya saa sita z’ijoro na Saa kenda. Bafashwe banywa inzoga, babyina, banegeranye. Abafashwe bajyanwe […]

Nta byinshi byatangajwe ku butumwa Tshisekedi yoherereje Kagame

emou-dzw4aersyu.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye ubutumwa buvuye kwa mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Tsilombo Antoine kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2020. Ubutumwa buri kuri Twitter ya perezidansi y’ u Rwanda (Village Urugwiro) buvuga gusa ko Kagame yakiriye intumwa za Tshisekedi bakaganira ku mubano mwiza hagati y’ibihugu byombi […]

Abanyeshuri b’Abarundi basaga 100 batakaje buruse zo kwiga mu Rwanda

Abanyeshuri basaga 100 b’Abarundi bigaga muri Kaminuza zo mu Rwanda batakaje buruse bishyurizwaga n’umugiraneza, Marguerite Barankitse binyuze mu kigo cye cyitwa Maison Shalom ku mpamvu zitaramenyekana. Aba banyeshuri nk’uko SOS Media Burundi ibitangaza, bakiriye ubutumwa bwa imeli (e-mail) bubabwira ko ubufasha mu byo kwiga bahabwaga na Maison Shalom, bwahagaritswe. Gusa muri ubwo butumwa nta mpamvu […]

Gahunda y’ingendo ku batahiwe gutangira amasomo yahindutse

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo yatangajwe, ku wa Mbere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, hateganyijwe gusubukura amasomo ku banyeshuri bari mu cyiciro cya kabiri. Biteganyijwe ko abari batahiwe gutangira amasomo ari abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere, uwa kabiri n’uwa kane w’amashuri yisumbuye n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET) muri level 3 biga […]

Burundi: Umugore uzageza saa mbili z’ijoro atari mu rugo azajya ahanwa

Umuyobozi wa Komini ya Ruhororo, Mamert Birukundi yategetse ko abagore bagomba kuba bageze mu rugo bitarenze saa mbili z’ijoro bitaba ibyo bagahanwa n’amategeko. Iki cyemezo nk’uko UBM News ibitangaza, cyafashwe nyuma y’aho bigaragaye ko abaturage cyane abagore basigaye bamara amasaha menshi mu kabari, bakibagirwa inshingano zo kwita ku ngo zabo. Ni ikibazo uyu muyobozi atagaragaza […]

Joe Biden yongeye kuvuga ko yizeye gutsinda amatora ya Perezida wa Amerika

Joe Biden yongeye kuvuga ko yizeye intsinzi mu gihe bigaragara ko ari kwegereza gutsinda Donald Trump mu matora ya perezida w’Amerika yabaye ku wa kabiri. Uyu mukandida w’abademokarate amaze kugira amajwi y’intumwa zitora (electoral votes) 253 mu gihe haba hacyenewe 270 ngo umukandida atsindire kuba perezida. Bwana Trump afite amajwi nkayo 214 kugeza ubu. Bwana […]

Imbuga nkoranyambaga: Biravugwa ko FDLR ishobora kugubwa gitumo mu nama igiye guteranira ahitwa Kazaroho

Amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ni uko ahitwa Kazaroho muri Makomalehe, Gurupoma ya Tongo,Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru hashobora guteranira inama y’abayobozi b’inyeshyamba za FDLR kuri uyu wa 07 Ukwakira 2020. Iyi nama ikaba ije gukemura amakimbirane amaze iminsi arangwa muri uyu mutwe aho bamwe bashinjanya kugambanirana,abandi bagashinjanya gukorana n’uRwanda n’ingabo za Congo. […]

Rwamagana/ Fumbwe: Umugizi wa nabi yagize intere umugore wari uvuye guhaha

Mu ijoro ryo ku italiki 04 Ugushyingo rishyira taliki 05 Ukwakira 2020, nibwo hamenyakanye amakuru avuga ko umugore witwa Yandereye Clementine w’imyaka 26 aho yakomerekejwe bikomeye na Bukibaruta Samuel ufite imyaka 31 y’amavuko wo mu Mudugudu w’Ingara, mu kagali ka Nyarubuye, mu Murenge wa Fumbwe mu karere ka Rwamagana. Mwene wabo na Yandereye, Sibomana Innocent, […]

Gushyiraho Komini nshya ya Minembwe: Igisubizo cyangwa kujijisha Abanyamulenge?

Mu gihe gishize, hashyizweho Komini nshya ya Minembwe. Iyi komini iza yiyongera ku zindi zigize Kivu y’Amajyepfo. Minembwe ni agace kakunze kurangwa n’ubushyamirane hagati y’amoko atuye muri ako gace harimo: Abanyamulenge, Abafulero, Ababembe n’Abanyindu. Aya makimbirane yateje ubuhunzi ku batari bake, imitungo irangirika, ibikorwa by’amajyambere birahadindirira gusa ikibazo gikomeye ni ubuzima bw’abaturage ba buri bwoko […]

Muhanga: Abantu barimo uruhinja bagwiriwe n’ikirombe barapfa

Abantu batanu barimo n’uruhinja rw’amezi ane bo mu Karere ka Muhanga bitabye Imana bagwiriwe n’ikirombe bacukuragamo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko kuko cyari cyarafunzwe. Iyi mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 06 Ugushyingo 2020 ikaba yabereye mu Kagari ka Nyamirama mu Murenge wa Muhanga mu Karere ka Muhanga. Imirambo y’abapfuye […]

Ishuri rya ETEFOP: Yasinze Nguvu yangiriza ibifite agaciro k’asaga ibihumbi 100

Umunyeshuri utatangajwe amazina wiga mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya ETEFOP giherereye mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze yafashwe yasinze inzoga yitwa Nguvu ari nako amenagura ibirahuri, yangiza indi mitungo yahawe agaciro ka Frw ibihumbi 136. Ibyo byabaye kuwa Gatanu tariki 6 Ugushyingo 2020 ubwo ikigo cyatabazaga inzego z’umutekano ko hari umunyeshuri w’imyaka 19 […]

Nyagatare: Bimwe mu bigo by’amashuri byafunze imiryango

Ibigo by’amashuri bigera kuri bine biri mu Karere ka Nyagatare byafunze imiryango nyuma y’aho kuwa 2 Ugushyingo 2020, amashuri yasubukuye amasomo yari yarahagaze kubera COVID-19. Umwarimu utarashatse ko amazina ye atangazwa wigishaga mu ishuri ryigenga ‘Hillside Matimba’ avuga ko bagiye ku kazi ubwo amasomo yatangiraga, bagasanga ishuri rirafunze. Uyu mwarimu avuga ko batazi icyo bagomba […]

Musanze/Muko: Abana babiri bishwe n’imyumbati

Abana batatu umwe yari mu kigero cy’imyaka umunani undi itanu bo mu Murenge wa Muko Akagari ka Kivugiza kuwa 5 Ugushyingo 2020 bahitanwe n’imyumbati bagiye gucukura nyuma yuko nyina wabo yari yabahaye ihiye nyuma bakamuca muri humye bagasubira mu murima gucukura imibisi babiri bahita bapfa undi umwe ajyanwa kwa muganga atarapfa. Aba bana bose barererwa […]

Ubwoba bw’intambara ni bwose muri Ethiopia

Leta ya Ethiopia yashimangiye ko ikomeza ibitero bya gisirikare mu karere ka Tigray kari mu majyaruguru nubwo bwose amahanga akomeje gusaba kubihagarika. Amakimbirane hagati y’ishyaka rya Tigray People’s Liberation Front (TPLF) – ryigeze kuba riri mu mpuzamashyaha yari ku butegetsi – na guverinoma ya Abiy Ahmed, amaze igihe atutumba, ndetse yarakabije ubwo mu kwa cyenda […]

Nyarugenge: Bisamaza yayoboye amazi y’imvura mu ngo z’abaturanyi kuko ngo ‘akomeye’

Umushoramari Bisamaza Private utuye mu Murenge wa Kigali, Akagari ka Nyabugogo, Umudugudu ka Kamenge, yarunze ibitaka ku musozi afunga amazi y’imvura none asigaye asenya ingo z’abaturage ndetse na kaburimbo igana mu Ntara y’Amajyepfo kuko ngo “akomeye.” Bisamaza yahawe n’Umujyi wa Kigali icyangombwa cyo gusana inzu muri P3, muri Zone y’ishyamba urebye kugishushanyo mberera ( yarabikoze […]

Basanze ari muzima nyuma yo gushyingurwa mu 2019

Abaturage bo mu duce twa Umuoji na Amucha mu Mujyi wa Imo mu gihugu cya Nigeria baguye mu kantu nyuma yo gusanga umurambo w’umugabo utatangajwe amazina utarabora kandi akiri muzima. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, umwe mu baturage yumvikana atanga ubuhamya ko uyu mugabo yari yarashyinguwe mu mwaka wa 2019. Uyu ati “ Yapfuye […]

Abakinnyi ba PSG baheze muri asanseri

Abakinnyi 11 b’ikipe ya Paris Saint Germain ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ugushyingo bari baheze muri asanseri ubwo bavaga kuri hoteli bari bacumbitsemo bajya kwitegura umukino wa Champions League wabahuje na RB Leipzig. Ikinyamakuru Le Palisien gitangaza ko abakinnyi ba PSG bamaze iminota igera kuri 50 baheze muri asanseri kugeza ubwo […]

Nyagatare: Umugore aravugwaho kwicisha ifuni umugabo we

Umugore witwa Musabyimana Veneranda w’imyaka 58 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Mirama ya kabiri Akagari ka Nyagatare, mu Murenge wa Nyagatare. aravugwaho kuba yishe umugabo we, Munyakaragwe Jean de Dieu w’imyaka 65 y’amavuko amukubise ifuni mu mutwe. Umuyobozi mu kagari ka Nyagatare ushinzwe umutekano mu kagari ka Nyagatare Muhire Filippe avuga ko ubu bwicanyi bwabaye […]

Kaminuza ya KIM: Abarimu banze gutanga indangamanota

Abarimu bari basanzwe bigisha kuri Kaminuza ya KIM ntibakozwa ibyo guha indagangamanota nyuma y’aho iri shuri rifungiye imiryango. Impamvu y’iki cyemezo nk’uko umwe mu barezi yabigarutseho, ni ibirarane by’imishahara bari bafitiwe n’iri shuri. Umwarimu utifuje gutangazwa amazina ye yabwiye BBC ko iyi kaminuza imurimo ibirarane byinshi by’imishahara bityo ko nta ndagangamanota yaha abanyeshuri. Ihurizo ku […]

Musanze/Kabaya: Umukecuru yibwe inkono yari ku mashyiga

Umukecuru witwa Umukobwa Suzanne utuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu isanteri ya Kabaya, atangaza ko mu cyumweru gishize yibwe inkono y’ibirayi n’ibihaza ubwo yari atetse saa moya z’ijoro. Uyu mukecuru yatangarije Bwiza.com ko ubwo yari atetse yinjiye mu nzu ubwo ibyo kurya byari bimaze kubira agira ngo ashyireho […]

Nyanza: Bamwe mu baturage bazinutswe guhinga urusenda

Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Mirenge ya Rwabicuma na Nyagisozi mu Karere ka Nyanza baretse guhinga Abahinzi urusenda mu materasi yuhirwa muri ako gace nyuma yo kwamburwa na rwiyemezamirimo asaga miliyoni 20. Aba baturage bavuga ko “ Bacitse intege zo kongera guhinga igihingwa bashishikarizwaga kuko bambuwe miliyoni 22.” Ibi kandi byaje bihumira mu […]

Nyarugenge: Barembejwe n’ibisambo birimo abakobwa biswe ab’ingufu

Abaturage batuye mu Mudugudu w’Agatare , mu Kagali ka Nyabugogo, Umurenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge, baravuga ko bugarijwe n’amabandi abakubita akanabambura utwabo, Muri yo ngo harimo n’abakobwa b’ingufu bakingirwa ikibaba n’inzego zikora irondo muri aka gace. Eric Siborurema ni umuturage utuye mu mudugudu w’Agatare, Akagali ka Nyabugogo, abanyamakuru ba Flash bamusanze mu rugo […]

Uganda: Ibikomeje kuba bizatuma Gen. Tumukunde yikura mu matora?

Umwe mu bahatanira kuyobora Uganda, Lt. Gen. Henry Tumukunde yigeze gutangaza ko ashobora kuzikura mu matora ya perezida igihe hari ibyo abona bitagenda neza bikorwa n’ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, NRM Gen. Tumukunde avuga ko bigaragara ko “ Inzego z’umutekano zigikoresha imbaraga z’umurengera ku bakandida bari ku mwanya w’umukuru w’igihugu.” Mu itangazo yashyize hanze […]

Guverineri Munyentwari yavuze abemerewe kwambuka imipaka ihuza u Rwanda na RDC

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyentwari Alphonse kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2020 yatangaje ko imipaka ihuza Rubavu na Goma ndetse n’uhuza Rusizi na Bukavu idafunguye ku bantu bose. Aganira nĂ­tangazamakuru, Munyentwari ati: “ Bisobanuke neza, ntabwo abantu bose bemerewe kwambuka umupaka ngo bajye muri Repubulika Iaharanira Demokarasi ya Kongo nk’uko byari bisanzwe mbere y’icyorezo cya Koronavirusi; […]

Uko umunyamakuru Gichuki yishwe agerageza ngo Kabuga afatwe na FBI

slsmfwhy45to5ec185d416a43.jpg

Umunyamakuru William Manuhe Gichuki wo muri Kenya yasanzwe yapfuye kuwa 14 Mutarama 2003. Ni nyuma y’aho yari yagerageje kugusha mu mutego, Umunyarwanda, Kabuga Felicien ukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri iyi tariki, Gichuki wari umunyamakuru wigenga, yari yateganyije kugirana ikiganiro na Kabuga gusa ngo icyari kigamijwe kwari ukugerageza kumureshya ngo aze […]