Huye: Abiyise abanyamasengesho batekeye umukobwa umutwe baranamusambanya
Abagabo babiri bacumbikiwe uri station ya RIB mu Murenge wa Rusatira ,mu karere ka Huye hafungiwe bakurikiranyweho gutekera umukobwa umutwe,bakanamusambanya. Uyu mukobwa uvuga ko kuwa kabiri tariki ya 08 Ukwakira 2019 yagiye mu isoko aza guhura n’abatekamutwe bamumanukana mu ishyamba,bamubwira ko ari abanyamasengesho kandi bahishuriwe ko hari abamurwanya. Avuga ko aba bagabo atazi bakomeje kumuganiriza […]
Gakenke na Gatsibo: Abana 30 bataye ishuri bajya kuba abakarani n’abashumba
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Gakenke na Gatsibo mu ntangiriro z’iki cyumweru tariki ya 08 n’iya 09 yakoze igikorwa cyo gufata abana 30 bataye amashuri bakajya gushaka mirimo abandi bakajya mu buzererezi. Mu karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru hafatiwe abana 28 naho mu karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba hafatiwe abana 2. […]
Indege ya Ethiopian Airlines habuze gato ngo yice abagera kuri 90
Indege ya Kompanyi Ethiopian Airlines yari itwaye abantu 90 yagize ikibazo cya tekiniki ubwo yageraga mu kirere imwe moteri yayo imwe igafatwa n’inkongi y’umuriro. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 767 yavaga i Dakar muri Senegal ijya Addis Abba muri Ethiopia nk’uko AFP ibitangaza. Umuvugizi w’iyi Kompanyi, Tidiane Tamba yavuze ko iyi ndege ari […]
Umukozi yateje ikibazo cya VAR kibuga ku bwo gucaginga telefoni
Umukozi utatangajwe amazina wo mu gihugu cya Arabia Saoudite yateje ikibazo cya VAR (Video Assistant Referee ifasha umusifuzi kureba ahari ikosa bitewe no gucaginga telefoni ye ngendanwa. Uyu mukozi yatumye VAR yitabajwe n’umusifuzi idakora bitewe n’uko yafashe umwe mu migozi ya VAR akayicomokora, agacaginga telefoni ye. Ibi byabaye ku mukino wahuje amakipe abiri y’amakeba yo […]
Guv. Munyantwari avuga ko ibyakozwe na Habumukiza wari mu bagabye igitero mu Kinigi birimo imizimu
Guverineri w’Intara y’Iburangerazuba, Alphonse Munyantwari avuga ko bigoye kwiyumvisha uburyo umuntu Leta yishyuriye ishuri, akaba intiti yaba ari mu baza imbere mu kuyigabaho ibitero. Uwitwa Theonste Habumukiza ari muri batanu bafashwe mpiri nyuma y’igitero mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki ya 4 Ukwakira 2019. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 6 Ukwakira 2019 , Habumukiza yavuze […]
Musanze: Umuturage ni we warangiye inzira abishe 14, bagakomeretsa 18
Umuyobozi w’ingabo mu Ntara y’iburengerazuba, Maj. Gen. Alexis Kagame yavuze ko umuturage wo mu Karere ka Musanze ari we warangiye inzira inyeshyamba zo muri RUD-Urunana zishe abaturage 14 zigakomeretsa abandi 18 nk’uko polisi yabitangaje. Mu mpera z’icyumweru gishize, inyeshyamba z’umutwe wiyomoye kuri FDLR wa RUD Urunana zagabye igitero mu Mirenge ya Kinigi, Musanze na Nyange […]
Ingabire Victoire yahaswe ibibazo ku gitero cy’i Musanze
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwahamagaje Ingabire Umuhoza Victoire, umuyobozi w’ishyaka FDU-Inkingi ritaremererwa gukorera mu Rwanda, kugira ngo abazwe ku kuba hari aho yaba ahuriye n’igitero cyagabwe mu karere ka Musanze mu mpera z’icyumweru gishize, kigahitana abantu 14, abandi 18 bagakomereka. Umuvugizi wa RIB, Mbabazi Modeste yemereye Kigali Today dukesha iyi nkuru ko Ingabire yahamagajwe […]
Muhanga: Abaturage basanganwe Toni zisaga ebyiri z’amabuye y’agaciro mu gicuku
Mu gicuku cyo kuri uyu wa 07 Ukwakira ahagana mu masaha ya saa sita z’ijoro Polisi ikorera mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye yafashe uwitwa Nkundimana Eugene na Masabo Jean D’Amour bari mu modoka yo mu bwoko bwa Jeep Land Cruiser RAB 232 S ipakiye amabuye y’agaciro ya magendu imifuka 39. Aya mabuye […]
U Rwanda ruvuga ko Umunyamerika wirukanwe ku butaka bwarwo yari amaze kurengera
Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe EAC, Olivier Nduhungirehe atangaza ko kwirukana Umunyamerika, Gregg Schoof ari ibintu byari bimaze igihe byitezwe kuko ngo yari amaze kurengera. Pasiteri Schoof wari nyiri Radiyo Amazing Grace yatawe muri yombi kuwa 7 Ukwakira nyuma yoherezwa iwabo. Nduhungirehe avuga ko Schoof yasuzuguye ibyemezo by’urukiko ndetse n’iby’izindi nzego. Ati […]
Kapiteni wa Tanzania yasabye gukurwa mu bakinnyi bazahura n’u Rwanda
Kapiteni wa Tanzania, Mbwana Samatta yasabye ko yakurwa ku rutonde rw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Taifa Stars) bazacakirana n’ iy’u Rwanda kuwa 14 Ukwakira 2019 mu mukino wa gicuti. Umutoza wa Taifa Stars, Umurundi Etienne Ndayiragije yatangarije Daily News ko Mbwana Samatta ukinira Genk yo mu Bubiligi, ari we wasabye ko atashyirwa ku rutonde. Ati […]
Ururimi rwavuzwe na Diamond Platnumz rwateye benshi kwibaza
Ururimi rw’Icyongereza Diamond yavugiye i Landani mu Bwongereza mu muhango yaherewo igihembo cyitwa ‘Best of Africa Awards’ rwatumye benshi basigara bibaza byinshi. Abafana b’uyu mugabo batangajwe n’uburyo Diamond byamugoye cyane kugira icyo abwira abari bitabiriye ibi birori bitewe n’icyongereza hafi ya ntacyo. Diamond utitaga ku itondagura nshinga kuri ngenga ya gatatu y’ubumwe n’andi mategeko y’ikibonezamvugo, […]
Umuyobozi wa Radiyo Ubuntu Butangaje wari wafashwe yoherejwe iwabo
Pasiteri Gregg Brian Schoof, umuyobozi wa Radio Amazing Grace (Radio Ubuntu Butangaje) yafunzwe mu Rwanda, nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi i Kigali ejo kuwa 7 Ukwakira, yahise yoherezwa iwabo muri Amerika. Bwana Schoof yafashwe na polisi ubwo yari agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru gihita kiburizwamo, gusa yari amaze guha abanyamakuru itangazo rikubiyemo ibyo yashakaga […]
Byinshi kuri Habumukiza, umudivantisite wangaga gukora ikizamini ku isabato, ariko agatera kuri uwo munsi
Uwitwa Theonste Habumukiza ari muri batanu bafashwe mpiri nyuma y’igitero mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki ya 4 Ukwakira 2019. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 6 Ukwakira 2019 , Habumukiza yavuze ko atuye mu Karere ka Burera, Umurenge wa Rugengabari, Akagari ka Kiribata, Umudugudu wa Bushyimbo. Yavuze ko yize ikiciro cya Kabiri muri Kaminuza y’u […]
Umuturage yafatanwe inyama z’inyamaswa zo muri Nyungwe
Nzamwita Innocent w’imyaka 39 y’amavuko niwe wafashwe kuri iki cyumweru tariki 06 Ukwakira ubwoya ari amaze kwica inyamanswa ebyiri zo mu bwoko bw’ifumberi. Uyu mugabo avuga ko yari asanzwe ajya kuzitega akazica ari kumwe na mugenzi we witwa Nzaramyimana Bosco, aba bombi bakaba ari abaturage bo mu murenge wa Muganza mu karere ka Nyaruguru. Umuyobozi […]
RNC ivuga ko ibura rya Ben Rutabana ari amayobera
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda (RNC) rivuga ko iby’izimira rya Ben Rutabana wabuze kuva mu ntangiro z’Ukwakira 2019 ari amayobera. Mu itangazo bashyize hanze, abayobozi bo muri iri shyaka, bavuga ko kuwa (2/10/2019) bandikiwe n’abo mu muryango n’inshuti za Rutabana babaza aho uyu wari ushinzwe amahugurwa muri iri shyaka aherereye. Inkuru bifitanye isano: https://bwiza.com/2019/10/07/ben-rutabana-yavuye-mu-rugo-ahishuriye-umugore-we-ko-afitanye-ikibazo-na-kayumba-nyamwasa/ […]
Umuyobozi wa Radiyo Amazing Grace yatawe muri yombi
Umuyobozi wa Radiyo Amazing Grace (Ubuntu Butangaje), Pasiteri Gregg Schoof yatawe muri yombi azira kubangamira umutekano rusange. Polisi y’u Rwanda (RNP) kuri uyu wa 7 Ukwakira 2019 yavuze ko Gregg yakoze inama mu buryo butemewe n’amategeko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere hafi na Sitade Amahoro i Remera, mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi wayo, […]
Musanze: Abaturage bavuga ko bafite ubwoba nyuma y’igitero cyahitanye 14
Abaturage bo mu Murenge wa Kinigi bavuga ko bagifite ubwoba bitewe n’igitero cyagabwe n’abagizi ba nabi kigahitana ubuzima bwa abgenzi babo 14 nk’uko Polisi y’u Rwanda ibitangaza. Mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki ya 4 Ukwakira ni bwo abantu bitwaje intwaro n’ibikoresho bya gakondo bagabye igitero mu Mirenge ya Kinigi, Nyange na Musanze. Bishe abaturage […]
Twitter: Umunyarwenya yatangiye gukumira abamuhase ibibazo ku bw’ibyo yavuze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyarwenya, Patrick Salvado Idringi yatangiye gukumira (blocking) abamuhase ibibazo ku bwo gukoresha Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwenya. Iki kintu benshi mu Banyarwanda bakoresha Twitter bagaragaje ko batacyishimiye, bamwe basabye uyu mugabo gusaba imbabazi ku muryango nyarwanda. Ibi Salvado yabiteye utwatsi avuga ko nta kosa yakoze abona ryatuma asaba imbabazi. Yifashishije Twitter, yavuze ko abashaka ko […]
Icyayi cy’u Rwanda cyahaye umukoro Abanya-Kenya
Abanya-Kenya bavuga ko icyayi cyabo gikomeje kugura macye ku isoko mpuzamahanga ugereranyije n’icy’u Rwanda kuko ntaho bihuriye ku bijyanye n’ireme (quality). Ku isoko ry’igurisha mu mujyi wa Mombasa, icyayi cy’u Rwanda kiragura amadolari ya Amerika 6.30 (ayinga Frw 5,832) mu gihe icya Kenya kiri kugura amadolari 2.05 (ayinga Frw 925). Umuyobozi wa East African Tea […]
Uganda: Pasiteri w’ikimenyabose yahuye n’ababyeyi be b’Abanyarwanda nyuma y’imyaka isaga 25
Umupasiteri uzwi cyane mu Mujyi wa Kampala, Aloysius Bugingo yongeye guhura n’ababyeyi be b’Abanyarwanda bari baratandukanye ubwo urugamba rwo kubohoza u Rwanda rwatangiraga mu 1990. Mu ijoro ryo kuwa 4 Ukwakira 2019, amarira avanze n’ibyishimo yatashye abari kuri Sitade ya Namboole, ubwo Pasiteri Bugingo yari yongeye guhura n’ababyeyi be. Nyina yabwiye Bugingo wari upfukamye asaba […]
Abayisilamu batumye umucamanza yirasa
Umucamnaza witwa Kanakorn Pianchana wo mu Bwami bwa Thailand yirashe ahita apfa imbere y’abantu bari buzuye mu rukiko ku bwo kurekura abayisilamu batanu bakekwagaho ubwicanyi bukoresheje imbunda. Pianchana wari umucamanza mu majyepfo ya Thailand ahitwa Yala yiyishe kuwa 4 Ukwakira nyuma yo kugatangaza ko aba bayisilamu badahamwa n’ibyaha. Pianchana nk’uko ibinyamakuru byo muri Thailand byabitangaje, […]
Haravugwa ubwambuzi buteye inkeke mu muhanda Kigali- Akanyaru
Ibibazo by’abajura bitwikira ijoro bakambura abaturage n’imodoka; bigaragara ahantu haterera cyane mu muhanda Kigali-Huye-Akanyaru ugiye kugera aho bita mu Nkoto na Rugobagoba ho mu Karere ka Kamonyi no ku Kivumu mu karere ka Muhanga. Aha hantu nta matara yo ku mihanda ahari. Abakoresha cyane uyu muhanda bavuga iki kibazo kibaremereye. Umwe muri bo, Musabimana Jean […]
Mumbwire icyo nabimye-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko asanga hakwiriye uruhare rwa buri wese kugira ngo igihugu gitere imbere, asaba abitabiriye Rwanda Day m Mujyi wa Bonn mu Budage, kuvuga icyo yaba yarabimye kugira ngo bakomeze batange umusanzu wabo. Mu ijambo rye ku basaga 800 bari bitabiriye Rwanda Day kuri uyu wa 5 Ukwakira […]
Kigali: Uwari ufungiwe kwa Kabuga azira 'ecouteur' “z'ukomeye” yarekuwe
Umugabo witwa Jacques Munyabarenzi wari ufungiye i Gikondo ahasanzwe hafungirwa inzererezi, azira ibura rya ekuteri (ecouteur) z’umuntu bivugwa ko ngo akomeye , yarekuwe kuri uyu wa 5 Ukwakira 2019. Munyabarenzi ni umukozi muri ‘salon de coiffure’ iherereye ku Kabeza mu mujyi wa Kigali, amaze ibyumweru bibiri afunze mu buryo abe bavuga ko bunyuranyije n’amategeko. Chantal […]
Abamotari biseseka hagati y’imodoka n’ababaseseka telefoni muri kasike baburiwe
Polisi y’u Rwanda (RNP) itangaza ko kizira kuba umumotari yaseseka telefoni muri kasike (ingofero yabugenewe) hafi n’ugutwi ndetse ko gushaka kwiseseka mu mwanya muto uri hagati y’imodoka bitemewe. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter kuwa 5 Ukwakira, RNP itangaza ko iyi migirire itemewe, aho usanga bamotari batwaye ari nako bavugira kuri telefoni ziri muri kasike. […]
Abangilikani bo mu Rwanda biyambuye izina rya gikoloni
Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda ryahinduye izina riva Ku kwitwa ‘Province de l’Eglise Anglicane au Rwanda’ ryitwa ‘Eglise Anglicane du Rwanda’ mu rwego rwo kwiyambura izina rya gikoloni. Musenyeri Dr Laurent Mbanda uyobora ‘Eglise Anglicane du Rwanda yabitangaje muri iki cyumweru mu ibaruwa yandikiye Umuyobozi wa GAFCON nk’uko ikinyamakuru The Church Times cyo mu Bwongereza kibitangaza. […]
Perezida Mnangagwa yatangiye kwigana mugenzi we Kagame
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yatangiye kwigana mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu bijyanye no kuzahura ubukungu bw’igihugu ndetse n’isura yacyo mu mahanga. Ikinyamakuru Zimbabwe Independent kivuga ko kuri ubu ubutgetsi bwa Mnangagwa bwamaze gushyiraho uburyo bwo gushaka ibisubizo mu gihugu imbere aho gutega amahanga. Iyi nkuru ivuga ko Zimbabwe igiye kuva ku guhugira […]
Abifuza kwiga ubumenyingiro ku giciro gito batekerejweho n’Ishuri Rikuru PIPR
Ishuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) ritangaza ko hari amasomo y’ubumenyingiro atandukanye ku gito. Umukozi ushinzwe kwandika abanyeshuri muri PIPR , Damien Mutungirehe yabwiye Bwiza.com igihe aya masomo amara ndetse n’igiciro cyishyurwa ndetse n’ibindi nkenerwa. Ati “ Hishyurwa amafaranga ibihumbi 400 ku mwaka kuko amasomo amara umwaka umwe.” Mutungirehe yavuze ko mbere […]
Polisi yanze guha amakuru Dr Himbara uvuga ko hari abashaka kumwica
Polisi yo mu Mujyi wa Toronto muri Canada yanze guha amakuru umwarimu muri Kaminuza, impuguke mu by’ubukungu, Dr David Himbara uvuga ko hari abantu bashaka kumwica. Himbara nk’uko Chimpreports ibitangaza, aherutse gutangaza ko hari abantu bashaka kumwica. Yavuze ko abateguye uyu mugambi babinyujije ku wundi muntu, ahita abigeza kuri polisi ndetse ko na we ubwe […]
Karongi: Yatanze Frw miliyoni biba iby'ubusa arafungwa
Umugabo witwa Hakizimana Lody w’imyaka 41, afunzwe akurikiranyweho icyaha cyo kugerageza gutanga ruswa ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda (1,000,000Frw). Uyu mugabo yafashwe kuri uyu wa Kane taliki ya 03 Ukwakira mu masaha y’igicamunsi, afatirwa mu murenge wa Bwishyura mu muhanda wa Karongi- Nyamasheke. Yafashwe agerageza guha ruswa umupolisi kugira ngo amurekurire imodoka ye yo […]
MINISANTE yasubije abavuga ko kwemerera kuboneza urubyaro abakobwa bari munsi y’imyaka 18 ari ukwimakaza ubusambanyi
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Diane Gashumba aribaza impamvu abantu bakomeje kuvuga ko kugenera abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko uburyo bwo kuboneza urubyaro ari ugutiza umurindi ubusambanyi. Umukozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) utatangajwe amazina yabwiye RBA ko hari itegurwa ry’umushinga w’itegeko rikubiyemo ingingo yemerera abari mu nsi y’imyaka 18 gukoresha uburyo bwo […]
Nyarugenge: Umusaza w’imyaka 85 arakekwaho kurarana umwana w’imyaka irindwi
Umusaza witwa Munyampanzi Dominique ugeze mu kigero cy’imyaka 85 arakekwaho kurarana n’umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 7. Ibi byagaragaye ku wa 2 Ukwakira 2019, ku isaha ya 07h30’ mu kagari ka Gasharu, mu mudugudu wa Kagunga, nyuma y’aho abaturanyi batanze amakuru. Radiotv10 dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mwana ari mwene Kubwimana Jean de […]
Teta Sandra agiye gutangiza akabari n’umusore ushinjwa gukunda iraha
Umunyarwandakazi, Teta Sandra aravugwaho kuba yafunguye akabari mu Mujyi wa Kampala n’undi mugabo witwa Urban Ratibu, wagiye ushinjwa n’abakobwa bakundanaga kwikundira iraha. Amakuru yatangajwe na Bigeye ni Teta n’uyu uko uyu musore, Ratibu Urban bateganya gutangiza akabari kitwa Luxe Club, aha aba bombi bazaba bafite imirimo bahakora. Ratubu yari asanzwe afite akandi kabari kitwa Starbucks […]
Abashinzwe iperereza mu Burundi baratungwa agatoki mu rubanza rw’abakekwaho gukorana na Kayumba Nyamwasa
Abasirikare bakora mu nzego z’iperereza mu Burundi bagarutsweho mu rubanza rw’abantu 25 bashinjwa gukoragana Kayumba Nyamwasa. Kuwa Gatatu tariki ya 2 Ukwakira 2019, abantu 25 baregwa gukorana n’imitwe y’iterabwoba mu guhungabanya umutekano w’u Rwanda, bagejejwe imbere y’Urukiko rwa gisirikare ruri i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Umushinjacyaha muri uru rubanza, Maj. Dennis Rutonza ubwo yasomaga […]
Mu Bitaro bya Kibuye icyumba cy’imbagwa kizamo imyanda ivuye mu musarani
Umuyobozi w’Ibitaro Bikuru bya Kibuye, Dr. Ayingeneye Violette atangaza ko ibi bitaro bitagitanga serivisi yo kubaga byihuse bitewe n’inyubako y’ahatangirwa iyi serivisi yubatse nabi ku buryo izamo imyanda ivuye mu musarani. Dr Ayingeneye avuga ko ko rwiyemezamirimo yubatse nabi inyubako nshya z’ibyo bitaro, bituma bahagarika serivisi zirimo kugaba byihuse bitewe n’uko bahise bava muri iyo […]
Rwigyema yaradutabaye- Janet Museveni
Umufasha wa Perezida wa Uganda, Janet Museveni Kataaha avuga ko Maj. Gen. Fred Gisa Rwigyema yabatabaye ubwo bari bagotewe mu muhanda mu 1980. Rwigyema nk’uko abandi basirikare bagiye babigarukaho, ni umwe mu bayobozi ba gisirikare NRA ya Museveni yari ifite bashoboye. Uyu kandi ngo yari indatana na murumuna wa Museveni, Gen. Caleb Akandwanaho uzwi nka […]
Jose Chameleone yabwiwe ko azicwa
Umuhanzi Dr. Jose Chameleone atangaza ko amaze iminsi yakira ubutumwa bumubwira ko azicwa buvuye ku muntu w’umujenerali. Joseph Mayanja aherutse gutangaza ko azahatanira kuyobora Umujyi wa Kampala. Kuri uyu mwanya ahanganye na Rtd. Lt.Gen. Henry Tumukunde wahoze ayobora Minisiteri y’Umutekano ya Uganda. Aganira n’imwe muri televiziyo zo muri Uganda, Chameleone yavuze ko yamaze kugeza ikirego […]
Kinigi: Umwana muto yajyanwe mu bitaro nyuma yo gukomeretswa n'imbogo
Umwana wo mu Murenge wa Kinigi witwa Phocas Manizabayo yahuye n’imbogo zigera ku 150 maze imwe imukubita ihembe ajyanwa mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri. Manizabayo w’imyaka 14 yahuye n’izi mbogo zasubiraga muri pariki y’Ibirunga mu gitondo cyo ku wa 30 Nzeri 2019, ubwo yari agiye kugura isabune ku iduka, imwe imutera ihembe ku itako. Gitifu […]
Ishyaka ry’uwangiwe kuba umusenateri rivuga ko ritanyuzwe
Umuyobozi w’Ishyaka Ntangarugero muri Demukarasi (PDI), Mussa Fazil Harelimana avuga ko batanyuzwe n’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga rwanze kandidatire ya Uwamurera Salama, Umuhuzabikorwa w’iri shyaka mu Ntara y’Iburengerazuba wahataniraga kuba umusenateri. Urukiko rw’Ikirenga kuwa Mbere tariki ya 01 Ukwakira 2019 rwanzuye ko Uwamurera Salama atagirwa umusenateri bitewe n’uko ngo nta bunararibonye afite. Uyu mwanzuro warwo ngo wisunze […]
Uganda: Umunyarwenya avuga ko adateze gusaba imbabazi ku byo yavuze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado Idringi avuga ko abifuza ko asaba imbabazi ku bwo kuvuga kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu rwenya rwe, bizabatwara igihe kirekire. Uru rwenya ngo yaruteye ubwo yari mu Mujyi wa Kampala, kuwa 5 Mata 2019 muri Selena Hotel, ubwo habaga igitaramo cya Awilo Longomba. Salvado yavuze ko hari […]
Hari ingofero zibujijwe kwambara muri Uganda
Igisirikare cya Uganda (UPDF) gitangaza ko bibujijwe kwambara ingofero itukura itagira urugara (beret) imenyerewe nk’iy’abashyigikiye People Powe ya Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine. Kuwa Mbere tariki 30 Nzeri ni bwo UPDF yatangaje ko ingofero zitukura ari umwambaro wihariye w’abasirikare, bityo ko uzayambara ari umusivili azajya afungwa nta kabuza. Ni ingofero zifatwa nk’ikirango cya […]
PAC yavuze ku kibazo cy’abayitaba bahinda umushyitsi
Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite (PAC) ivuga ko abayobozi badakwiye kuzajya bitaba uru rwego bumva ko bagiye gukangwa, kubwirwa nabi cyangwa gutitizwa. Nanone ngo igitsure ntikibura mu rwego rwo guca akajagari k’abatabasha gusobanura ibyo babazwa. Mu kiganiro ‘Ubyumva ute’ cya KT Radio kuri uyu wa 1 […]
Muhanga: Umuturage arataka kubura irengero ry'umuhungu we
Umuturage wo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, Dacien Nyirinkindi arataka ko amaze amezi atatu abuze irengero ry’umuhungu we, Edouard Niyondamya mu buryo we avuga ko ari amanzaganya. Uyu musaza yabwiye VOA dukesha iyi nkuru ko umuhungu we w’imyaka 34 yabuze ubwo yari atwaye imodoka ye yo mu bwoko bwa DUDU avuye i […]
Uganda: Umugabo w’umwe mu Banyarwandakazi yakuye abantu umutima kubera imiti anywa
Umugabo w’Umunyarwandakazi Fille Mutoni ukorera umuziki muri Uganda, Edwin Katamba uziw nka MC Kats yakuye umutima abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ubwo yerekana umurundo w’imiti yanyoye mu minsi mike. Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, Kats yashize hanze ibipapuro bibikwamo imiti itandukanye avuga ko yayinyoye mu minsi ine ishize. Iyi miti nk’uko Ugblizz ibitangaza, irimo iy’imihangayiko yatewe […]
Haribazwa icyihishe inyuma y’amagambo y’umunyarwenya Salvador yafashwe nk’ayibasira u Rwanda
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje ko bibajije byinshi ku magambo y’umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvador Idringi yavuze ku Banyarwanda, agafatwa nk’ayibasira iki gihugu. Amagambo yateye ukwibaza ni Salvador bivugwa ko yayavugiye mu Mujyi wa Kampala, kuwa 5 Mata 2019 muri Selena Hotel, mu gitaramo cya Awilo Longomba. Salvador mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, mu […]
Burera: Ukekwaho kwica abana batatu yigeze kubwira umubyeyi wabo ko azamukorera icyo atazibagirwa
Umukobwa witwa Bazubagira Clementine, wari umukozi wo mu rugo, wakunze gutungwa agatoki ko ari we waba warishe abana 3 bavukana ngo yigeze kuvuga ko azakora ikintu kitazibagirana kuri nyina ubabyara. Kuwa Gatandatu, tariki 21 Nzeri 2019 ahagana mu ma saa moya ni bwo inkuru y’iyicwa rya Iradukunda Yvonne w’imyaka 13, Mugisha Danny wari ufite 6, […]
Nta byinshi dufite byo gutanga ariko bike bihari turabisangira-Meya wa Bugesera ku kibazo cy’impunzi
Meya w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi avuga ko u Rwanda rwahisemo kwakira impunzi zivuye muri Libya atari uko rufite byinshi byo kuzitunga. Mu ijambo ryo guha ikaze izi mpunzi 66 mu cyumweru gishize, Meya Mutabazi yavuze ko izi mpunzi zizasaranya bike zizabisangira n’Abanyarwanda ku bw’umutima mwiza. Ati “ Nta byinshi dufite byo gutanga ariko bike […]
Arifuza gushakana na musaza we kuko ngo amushimisha mu buriri
Umukobwa uvuga ko yitwa Divine wiga muri imwe muri kaminuza imwe yo mu Rwanda avuga ko yifuza gushyingiranwa na musaza we ukora muri imwe muri kompanyi itunganya ibinyobwa mu Rwanda, kuko ngo amushimisha mu buriri. Abinyujije kuri paji ye ya Facebook, uwitwa yvan Somayire yavuze ko uyu mukobwa afite iki kibazo kandi akaba yifuza kugirwa […]
Hari ikintu opozisiyo itabasha n’iyo yafashwa n’amahanga- Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni avuga ko abamurwanya badashobora gukuraho urukundo ishyaka rye rifitiwe n’abaturage kabone n’iyo yafashwa n’amahanga atigeze atunga agatoki. Mu ibaruwa ndende yandikiye abaturage mu mpera z’icyumweru, Museveni yavuze ko opozisiyo ishobora gushingira ku binyoma gusa ngo gusa ngo ibikorwa by’ishyaka rye, National Resistance Movement (NRM) birivugira. Muri iyi baruwa yabonweho na […]
Umugabo wa Fille Mutoni aricuza
Umugabo w’Umunyarwandakazi, Fille Mutoni ukorera umuziki muri Uganda, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats atangaza ko yicuza bitewe n’amakosa menshi yakoreye umugore we. Umubano wa Fille na Katamba nyuma yo gutandukana wajemo ibibazo byinshi. Aba bombi baranzwe no gutukana, gusebanya no gushinjanya byinshi byari byiganjemo gucana inyuma. Yifashishije paji ye ya instagram, kuwa 29 Nzeri […]
Minisiteri y’Uburezi yanenze ibyakorewe umwana wa Lion Imanzi
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Dr Isaac Munyakazi, yihanangirije abarimu ku bikorwa bakorera abanyeshuri bikabatesha agaciro. Dr Munyakazi yatangaje ibi nyuma y’aho uwitwa Lion Imanzi yanditse kuri twitter avuga ko umwana we w’imyaka irindwi, yogoshwe igice kimwe cy’umusatsi n’abarimu be. Dr Munyakazi yagize ati “Ni amakosa gukoza isoni umunyeshuri imbere ya bagenzi be, […]
Uburundi burasaba ko abasenyeri gatolika bakweguzwa
Leta y’Uburundi irasaba ko bamwe mu basenyeri ba Kiliziya Gatolika mu Burundi bakweguzwa kuko ngo bakwirakwiza inkuru z’urwango mu baturage. Abasenyeri gatolika mu Burundi kuwa 22 Nyakanga uyu mwaka bashyize hanze itangazo rivugako Leta idaha umwanya ungana abatavuga rumwe nayo. Ni ubutumwa bwasomwe muri za kiliziya gatolika zose zo muri iki gihugu. Iri tangazo ryamaganaga […]
Kunywa inzoga si cyo kibazo- CP Kabera
Polisi y’u Rwanda (RNP) itangaza ko abantu badakwiriye kumva nabi ubukangurambaga ku bijyanye no kwirinda kunywa inzoga, bagatwara ibinyabiziga. Umuvugizi wa RNP, CP Jean Bosco Kabera avuga ko ikibazo atari ukunywa inzoga ko ahubwo igiteye inkeke ari uko uwayinyoye yatwara ikinyabiziga. Mu butumwa bwe ku rukuta rwa Twitter, ati “Kunywa inzoga si cyo kibazo. Ikibazo […]
Nduhungirehe yakozwe ku mutima n’igikorwa cya Meya w’Akarere ka Bugesera
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe ibikorwa bya EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe yashyize hanze ifoto ya Meya w’Akarere ka Bugesera, Richard mutabazi ari gukina n’umwana muto w’impunzi zivuye muri Libya. Mu ntangiro z’iki cyumweru, ku nshuro ya mbere u Rwanda rwakiriye impunzi 66 zari zaraheze muri Libya. Muri aba umuto yari afite amezi […]
Bigomba guhinduka- Min. Shyaka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Prof. Shyaka Anastase yasabye aborozi bo mu ntara y’iburasirazuba kwikubita gashyi bagakoresha neza inzuri bahawe na Perezida Kagame, bitaba ibyo bakabwamburwa. Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu gihe cy’isaranganya ry’ubutaka mu ntara y’Uburasirazuba, yatanze inzuri 9,400. Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze n’imitunganyirize y’inzuri mu ntara y’Uburasirazuba itangaza ko mu igenzura yakoze mu nzuri […]
Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y’ibura ry’amazi
Abaturage bo mu agari ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo, mu Karere ka Burera batanze amakuru yatumye habaho ifatwa ry’uwitwa Bazatsinda Ildephonse wangizaga imiyoboro y’amazi,bityo nabo bakabihomberamo. Polisi y’u Rwanda igendeye kuri aya makuru kuwa 26 Nzeri 2019 yafashe umuturage witwa Bazatsinda Ildephonse ufite imyaka 56 yibye itiyo y’umuyoboro w’amazi ifite metero 12. Bazatsinda akimara […]
Umugore ni we wegukanye igihembo cyo kuyobora filimi z’urukozasoni
Umunyamerikakazi, Bella Thorne ni we byatangajwe ko yegukanye igihembo cya Pornhub Award ku bwo kuyobora neza filimi z’urukozasoni. Bella yagukanye iki gihembo kigiye gutangwa ku nshuro ya kabiri bitewe n’ubuhanga yagaragaje mu kuyobora (directing) filimi y’urukozasoni yiswe ‘ Him and Her’. Ni filimi ikinwa n’ibihangange mu gukina filimi z’urukozasoni; Small Hands na Abella Danger. [penci_related_posts […]
Burundi: Perezida wa Sena yafashwe amajwi atanga amafaranga yo kumuzanira umurambo w'uwahoze mu gisirikare
Perezida wa Sena y’Uburundi, Reverien Ndikuriyo yafashwe amajwi mu ibanga,aho yumvikana atanga amafaranga miliyoni eshanu z’Amarundi yo kwica umwe mu bo yashinjaga gutoza inyeshyamba mu gihe cy’ibibazo bya politiki mu 2015. Ndikuriyo nk’uko AFP dukesha iyi nkuru ibitangaza, yemeye ko iri jwi ari rye ndetse avuga n’impamvu yamuteye gukora icyo gikorwa. Ndikuriyo nk’uko ijwi ryagenzuwe […]
Kagame yakuriye inzira ku murima abiha guha Afurika ibyo ikwiriye gukora
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yibukije abo mu burengerazuba ko bakwiye gucika ku muco wo kumva ko bari aho ngo babwire Abanyafrika icyo bakwiriye gukora. Kagame uri mu nama ya 74 muri Amerika, ibi yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyeshuri, abarimu n’abandi banyacyubahiro bo muri Kaminuza ya Columbia kuwa Kane tariki ya 26 Nzeri uyu mwaka […]
Uwagaburiye umwana amaraso y’imihango avanze n’intoryi yakatiwe
Urukiko mu Karere ka Mukono muri Uganda rwakatiye Annet Namata, umugore ushinjwa kugaburira umwana abereye mukase amaraso y’imihango avanze n’intoryi ku ngufu. Umucamanza muri urur rukiko, Patience Koburunga kuwa 26 Nzeri uyu mwaka yatanze igihano cyo gufunga imyaka ibiri Namata. Avuga ko cyagabanijwe kuva ku myaka irindwi bitewe ko uregwa yemeye icyaha atagoranye. Yavuze ko […]