Ibyâitegeko ribuza gutanga inzoga ku buntu cyangwa ku ideni byasubiwemo
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda Paul Kagame yemeje ko amategeko yâubutetsi bwâabakoloni yose ku Rwanda ateshwa agaciro. Amategeko agera 1,000 agaragara mu igazeti ya Leta yasohotse kuwa 23 Nzeri 2019. Ni amategeko yashyizweho nâabakoloni hagati ya 1885 na 1962. Rimwe muri aya mategeko ni iryavugaga ko umuntu wese utanga inzoga ku ideni cyangwa ku buntu […]
Abantu 10Â banze nkana kumenyekanisha imitungo yabo (yavuguruwe)
Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi atangaza ko hari abantu 10 mu basaga ibihumbi 12 banze kumenyekanisha imitungo yabo ku rwego rwâUmuvunyi. Murekezi yasabye ko aba bantu bakurikiranwa nâubushinjacyaha kuko banze kubahiriza ibyo amategeko abasaba. Mu mwaka wâingengo yâimari 2018/2019 byari byitezwe ko abantu 12, 237 bazamenyekanisha imitungo yabo ariko 10 kugeza ubu ntibarakora iki gikorwa. Murekezi […]
Igihembo cyahawe Messi kirakemangwa, haravugwa kwiba amajwi
Igihembo cya Lionel Messi nkâUmukinnyi witwaye neza kurusha abandi wâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA) cyaje amakemwa nyuma yâaho bamwe mu batoza na ba kapiteni bamwe bavuga ko batatoye  uyu mugabo ariko nyuma amajwi yabo akaba ari we abarurwaho. Messi ukinira Ikipe ya Barcelona yo muri Esipanye akaba na Kapiteni wâIkipe yâIgihugu cya Argentine, aherutse […]
HRW ivuga ko imfu zâabatavuga rumwe na Leta mu Rwanda ziteye icyikango
Umuryango Uharanira Uburenganzira bwâIkiremwamuntu (HRW) utangaza ko imfu zâabatavuga rumwe na Leta yâu Rwanda ziteye ukwikanga ugereranyije nâisura rufite ku ruhando mpuzamahanga ku kugendera ku mategeko. Umuyobozi wa HRW muri Afurika yo hagati, Lewis Mudge avuga ko ubusanzwe u Rwanda rufite isura nziza mu mahanga ku kubaha uburennganzira bwa muntu ariko ko bigaragara ko muri […]
Leta ya Uganda irashinjwa kugambanira abazahajwe nâintambara yo mu majyaruguru
Raporo yâibanze ku bikenewe nâabagizweho ingaruka nâintambara yo mu majyaruguru ya Uganda ivuga ko aba baturage bagambaniwe na Leta ya Uganda iyobowe na Museveni Yoweli Kaguta. Raporo yâumuryano utegamiye kuri Leta witwa Foundation for Justice and Development Initiative (FJDI) ivuga ko aba baturage basa nâabagambaniwe na Leta ya Uganda bitewe nâuko igihe cyose bayitabaje basaba […]
Uganda: Umuhanzi wâUmunyarwanda  yatunguranye ahindura ahari kubera igitaramo cye
Umunyarwandakazi Fille Mutoni ukorera umuziki muri Uganda bitunguranye yahinduye ahari kubera igitaramo cye ku mpamvu zatangajwe na manaja we, Edwin Katamba. NKâuko byari byitezwe, igitaramo cya Fille cyari kuzabera muri Selena Hotel mu Mujyi wa Kampala, gusa byaje gutangazwa ko ibi byahinduwe nkâuko Katamba yabwiye Televiziyo ya NBS. Katamba uzwi nka MC Kats yavuze ko […]
Abanyarwanda biga muri Congo bamaze ukwezi batajya ku ishuriÂ
Abanyeshuri bâAbanyarwanda bigaga muri Congo- Kinshasa cyane mu Mujyi wa Goma bamaze ukwezi batajya ku ishuri ku bwo kubuzwa kwambuka. Umwaka w’amashuri muri Congo aho biga mu Gifaransa hagiye gushira ukwezi utangiye, Abanyarwanda bigayo bataha n’ubu ntibaremerwa kwambuka uko bisanzwe. Aba banyeshuri biganjemo abava mu mujyi wa Gisenyi mu Rwanda, biga mu mashuri kuva ku […]
Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi
Abaturage batuye mu Midugudu ya Kibiraro na Kangondo mu Karere ka Gasabo barasaba Leta kubafasha bagasubirana ubutaka bwabo kuko gahunda yo kubimura yananiranye. Aba kandi bisunze amategeko barasaba indishyi ya 5% by’imitungo yabaruwe ariko ntiyishyurwe mu gihe kivugwa mu itegeko rijyanye no kwimura abantu ku nyungu rusange. Mu 2018 nibwo Akarere ka Gasabo katangiye kutumvikana […]
Bishoboka bite ko umwana atabasha kwandika interuro nto nka âGood morningâ?-REB
Abayobozi bo mu Kigo cyâIgihugu cyâUburezi mu Rwanda (REB) bumiwe ubwo basuraga amwe mu mashuri yo mu Karere ka Gicumbi, bitewe nâubumenyi hafi ya ntabwo bwa bamwe mu banyeshuri. Bayobowe nâUmuyobozi Mukuru w’iki kigo, Dr Irene Ndayambaje mu ruzinduko rutunguranye kuwa 23 Nzeri muri aka karere ka Gicumbi, abayobozi ba REB bavuze ko ibyo babonye […]
Uhagarariye Ethiopia muri LONI yatangajwe n'ijambo rya Perezida kagame
Uhagarariye Ethiopia mu Muryango wâAbibumbye (LONI), Taye Atske Selassie avuga ko yatunguwe nâijambo ryavuzwe na Perezida Paul Kagame bitewe nâindeshyo yaryo nâibyari biri kubiyemo. Perezida Kagame yitabiriye inama ya 74 yâUmuryango wâAbibumbye, yitabiwe nâabakuru bâibihugu na za Guverinoma. Amb. Taye Selassie uri muri iyi nama  wasaga nkâaho yatangaye yavuze ko Perezida Kagame  yavuze ijambo ryâigihe […]
Yishe Se agira ngo ni ingurube
Umugabo wo mu gihugu cyâUbutaliyani yishe arashe Se witwa Martino Gaudioso ku bwo kumwikangamo ingurube yo mu ishyamba ubwo bari mu gikorwa cyo guhiga. Uyu mugabo wâimyaka 34 utaratangajwe amazina ku Cyumweru tariki 22 yishe umubyeyi we wâimyaka 55 bari bajyanye guhiga ingurube mu ishyamba ryegereye Umjyi wa  Postiglione uri mu majyepfo yâuwa Roma. Uyu […]
Perezida Museveni yahishuye uko yavuganye nâImana
Perezida Yoweli Museveni wa Uganda yashyize ahagaragara uko Imana yamusabye kubabarira abari abarwanashyaka ba UPC ya Milton Obote benshi bemezaga ko nta mbabazi bakwiriye bitewe nâuko bahanganye bikomeye na NRM ye nâigisirikare cyayo (NRA). Museveni avuga ko Imana yamusabye kubabarira uwari Minisitiri wâUmutekano muri Leta ya Obote, Chris Rwakasisi ndetse na Brig. Ali Fadhul wayoboraga […]
 Ni abantu batojwe gutera ibyuma- Ingabire Victoire avuga ku bishe Dusabumuremyi
Umuyobozi wâIshyaka ritaremerwa mu Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire avuga ko umuhuzabikorwa wâiri shyaka, Sylidio Dusabumuremyi uherutse kwicwa bigaragara ko batojwe kwicisha ibyuma. Sylidio Dusabumuremyi yishwe ateraguwe ibyuma nâabantu bataramenyekana mu ijoro ryo kuwa 23 Nzeri 2019 ubwo yari muri kantine (cantine) yâibitaro bya Shyogwe mu Karere ka Muhanga. Ingabire Victoire avuga ko abakoze ubu […]
Imyaka ibiri irihiritse Andrew Mwenda atitabira inama z'abajyanama ba Perezida Kagame
Inararibonye mu mwuga wâitangazamakuru ikomoka muri Uganda, Andrew Mwenda yagize icyo avuga ku bibazaga impamvu bubaye ubugira kabiri atitabira inama zâabajyanama ba Perezida Paul Kagame wâu Rwanda. Andrew Mwenda yagizwe umwe mu bagize itsinda ryâabajyanama ba Perezida Kagame na Leta yâu Rwanda, Presidential Adversory Committee (PAC) mu 2011 mu nama yabereye mu Mujyi wa New […]
MC Kats avuga ko nta mubano wo mu buriri uzongera kuba hagati ye nâUmunyarwandakazi Fille
Umushuyshyarugamba, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats atangaza ko atazongera kubaho urukundo rwâumugabo nâumugore hagati ye na Fille. Katamba aherutse gutangaza ko yasubiranye na Fille bari baratandukanye mu ntangiro zâumwaka wa 2019. Yavuze ko yongeye kuba manaja wâuyu mugore ukomoka mu Rwanda ariko agakorera umuziki muri Uganda. Yifashshije imbuga nkoranyambaga, Katamba yavuze ko kuri ubu […]
Ababuriye ababo mu mpanuka yâindege barimo Umunyarwanda banze indishyi yâakababaro bagiye guhabwa
Imiryango 15 yaburiye ababo mu mpanuka ya kompanyi ya Ethiopian Airlines  yo ku Cyumweru tariki 10 Werurwe 2019 barimo Umunyarwanda Jackson Musoni batangaza ko batakwemera indishyi yâakababaro Kompanyi ya Boeing ingana na Frw miliyoni 132 ishaka kubaha. Abanyamategeko bâiyi miryango bavuga ko iyi ndishyi ntacyo ivuze, ko ahubwo iyi kompanyi ishaka kwiyamamaza. Nomaan Husain, umwe […]
Afite agatsina gato katanshimisha, ni umugabo wâamasegonda 10- Vera Sidika
Ikimenyabose akaba nâumushabitsi muri Kenya, Vera Sidika atangaza ko uwo bahoze bakundana Otile Brown ntacyo yari ashoboye mu buriri bitewe nâigitisna gito ndetse no kurangiza vuba kwe. Vera Sidika na Otile Brown batandukanye mu Kwakira 2018. Muri iyi minsi bagaragara ku mbuga nkoranyambaga basubizanya ubutitsa, ahanini bavuga ku birego birimo ibyâintege nke mu buriri nâibindi. […]
Nkurikije imirwanire ya CRAP, kwica Gen. Mudacumura rwari urugamba rukaze-uwahoze muri FDLR
Umwe mu basirikare bahoze mu mutwe wâinyeshyamba zirwanya Leta yâu Rwanda (FDLR) avuga ko akurikije ubuhanga azi ku mutwe urinda abayobozi bakuru muri izi nyeshyamba (CRAP), kwica Lt. Gen. Mudacumura wari umuyobozi wawo habaye urugamba rukomeye. Gen. Sylvestre Mudacumura yishwe nâingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) ku wa Kabiri tariki ya 17 Nzeri 2019, i Bwito, Teritwari […]
Umuhuzabikorwa wâIshyaka rya Ingabire Victoire yishwe ateraguwe ibyuma
Umuhuzabikorwa ku rwego rw’igihugu wâIshyaka rya Ingabire Victoire (FDU-Inkingi) Syridio Dusabumuremyi yishwe ateraguwe ibyuma n’abantu bataramenyakana nk’uko ishyaka yabarizwagamo ribyemeza. Umuyobozi wâishyaka FDU-Inkingi ritaremerwa mu Rwanda ariryo uyu mugabo yabarizwagamo, Ingabire Victoire yemeje aya makuru. Yabwiye Bwiza.com ko urupfu rwa Dusabumuremyi rwabereye mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga aho uyu mugabo yikoreraga ku […]
Abantu ntibanyuzwe nâuburyo Perezida Mnangagwa yahishuye icyishe Mugabe
Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe wapfuye mu ntangiriro z’uku kwezi byatangajwe ko yazize indwara ya Cancer. Ikinyamakuru kibogamiye kuri leta Herald kivuga ko ibi byatangajwe na Perezida Emmerson Mnangagwa mu nama yagiranye n’abo mu ishyaka rya Zanu-PF baba muri Amerika. Mnangagwa yavuze ko Robert Mugabe yari afite indwara ya ‘cancer’ igeze ku rwego […]
Uganda: Babiri mu bakekwagaho âgushimutaâ impunzi zâAbanyarwanda zirimo Lt. Mutabazi barekuwe
Urwego rwâUbutasi bwa Gisirikare muri Uganda (CMI) rwarekuye abapolisi babiri bo muri Flying Squard, Moses Kasibante na Martin Kimbowa bashinjwa kugira uruhare mu ishimutwa ryâAbanyarwanda barimo Lt. Joel Mutabazi bakoherezwa mu Rwanda ku ngufu. Lt. Joel Mutabazi wazanwe mu Rwanda akaza gukatirwa n’urukiko rukuru rwa gisirikari igifungo cya burundu, u Rwanda rwavuze ko atashimuswe ko […]
Ku mpamvu zâamarangamutima nashora imari mu Rwanda-Museveni
Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda atangaza ko adashobora kuba nkâabandi bayobozi bâigihugu cye ngo ashore imari hanze yacyo. Yemeza ko ku bwâamarangamutima yashora imari mu bihugu birimo u Rwanda. Perezida Museveni yavuze ibi  mu mpera za wikendi, ubwo yavugaga bwa mbere ku kuba Amerika iherutse gufatira ibihano Gen. Kayihura imushinja kurya ruswa no kwakira […]
Kigali: Utubari tune twafunzwe
Polisi yâu Rwanda itangaza ko yafunze utubari tune duherereye mu Mujyi wa Kigali bitewe no guha abana batujuje imyaka 18 ibisindisha. Ibi byabaye mu mukwabu wo kugenzura ahakorerwa ubucuruzi bwâinzoga mu turere twose tugize umujyi wa Kigali. Polisi ivuga ko babiri mu bashinzwe gucunga utwo tubari (Managers) bashykirijwe urwego rwâubugenzacyaha naho abandi baracika, baracyashakishwa. Abana […]
Rwamagana: Gitifu wakubitaga abaturage abaryoza mitiweli yahagaritswe ku kazi
Ubuyobozi bwâAkarere ka Rwamagana butangaza ko hari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wahagaritswe ku kazi ku bwo guhutaza abaturage. Bubinyujije ku rukuta rwa Twitter rwâaka karere, rwavuze ko uyu gitifu yagaritswe bitewe nâibirego byo guhutaza abaturage. Buti â Nyuma yo gukurikirana imikorere yâuyu munyamabanga nshingwabikorwa ushinjwa guhutaza abaturage, yahagaritswe mu nshingano! Nkâubuyobozi bwâAkarere, tuzakomeza guteza imbere imiyoborere myiza […]
Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yamaganye amakuru avuga ko abarimu muri iyi kaminuza banze kwigisha ku bwo kudahembwa. Mu minsi mike ishize ni bwo aya makuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ndetse no muri bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Bwiza.com yashatse kumenya amakuru yâimpamo kuri iki kibazo, maze inyarukira aho iyi Kaminuza ikorera […]
Umugabo yaciye agahigo ko kuryamana nâabagore 57 mu masaha 24
Umugabo ukomoka muri Singapore yaciye agahigo ko kuryamana nâabagore 27 mu masaha 24 mu irushanwa ryabereye muri Repubulika ya Czech mu Mujyi wa Prague. Agahigo kâumugabo waryamanye nâabagore benshi mu ijoro rimwe kari kamaze imyaka 55. Uyu mugabo utatangajwe amazina nâibinyamakuru byo muri Czech yavuze ko ashimishijwe nâibyo yagezeho cyane ko ngo yari amaze amezi […]
Indege yasubitse urugendo bitewe nâisuhuzanya ryâabayisilamu babiri
Kompanyi yâindege yo muri Amerika yitwa Mesa Airlines yahagaritse urugendo nyuma yâaho abagenzi nâabakozi bavuze ko bakemanze indamukanyo yâabagabo bâabayisilamu; Abderraoof Alkhawaldeh na Issam Abdallah bari bayirimo. Itangazo ryâiyi kompanyi yâindege rivuga ko impungenge zazamuwe nâabakiriya ku bijyanye nâumutekano wabo ari izo guha agaciro. Riti â Amerika nâabantu bayo bose bafite inshingano no guhora bazirikana […]
Haribazwa byinshi nyuma yâaho Uganda Airlines itangaje ko igiye kuzajya yerekeza i Kigali
Kompanyi yo gutwara abantu mu kirere ya Uganda, Uganda Airlines itangaza ko mu mpera zâuyu mwaka wa 2019 izatangira ingendo zerekeza i Kigali mu Rwanda. Abakurikiranira hafi ibya dipolomasi yâu Rwanda na Uganda kuva yazamba baribaza niba iki cyemezo cyâiki gihugu cyaba ari ikigaragaza ko umubano wâibi bihugu waba wongeye kuba nta makemwa. Jennifer Bamuturaki, […]
Uzane ibyangombwa ndebe ko ukwiriye akazi muri saro yanjye-Se wa Fresh Kid abwira umugabo wa Fille
Se wâumuraperi Fresh Kid, Paul Muatabazi atangaza ko yifuza guha akazi MC Kats, umugabo wa Fille uherutse kwirukanwa ku kazi yakoreraga akabari ka Fame. Mutabazi na MC Kats ubusanzwe si inshuti bitewe ahanini no kuba yarigeze kumujugunya hanze mu kabari ka Fame ubwo yari akiri umukozi wako. Ugblizz ivuga ko  Kats yigirejeho nkana Mutabazi avuga […]
Nyabihu/Rugera: umuturage arashinja umwarimu gukubita umwana we akamuvuna umugongo
Umuturage wo mu Mudugudu wa Bukango, Akagari ka Rurembo mu Murenge wa Rugera, Damascene Hitimana arashinja umwarimu witwa Fabien Mponge gukubita umwana we Izikugena Flavia wiga mu mwaka wa gatandatu wâamashuri abanza ku Rwunge rwâAmashuri rwa Murama. Hitimana yabwiye Bwiza.com  ko uyu mwana wâumukobwa wâimyaka 15 yakubiswe kuwa Kane 19 Nzeri mu 2019 saa tatu […]
Abayobozi umunani bo muri WDA, RSSB na WASAC batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwafashe abantu umunani bakekwaho gukoresha nabi no kunyereza umutungo wa Leta. Abo ni uwari Umuyobozi Mukuru, Gasana Jerome, uwari ushinzwe imishinga, Umuyobozi wâUbutegetsi nâimari nâumukozi ushinzwe abakozi muri WDA. Hari kandi, Umuyobozi ushinzwe ishoramari nâushinzwe abakozi muri RSSB. Hafunzwe kandi uwari umuyobozi ushinzwe ubutegetsi nâImari nâushinzwe ibikoresho nâubutegetsi muri […]
Yagarutse mu rugo nyuma yâimyaka 51 ataye umugore nâabana batandatu akaburirwa irengero
Umugabo witwa Francis Muthua wâimyaka 81 yagarutse mu rugo nyuma yo gusiga umugore we nâabana batandatu. Muthua yasize umuryango we utuye muri Murangâa mu 1968 ubwo yari afite imyaka 30 yâamavuko. Wanjiru Muthua, umugore we avuga ko byamugoye kurera abana wenyine. Daily Nation dukesha iyi nkuru ivuga ko Wanjiru yigeze guhurira nâumugabo we ahitwa Kisii […]
Uganda: Umunyarwandakazi Fille Mutoni yasubiranye nâumugabo we wari umaze iminsi yandagaye
Umushyushyarugamba Edwin Katamba uzwi nka MC Kats atangaza ko yamaze gusubirana nâUmunyarwandakazi Fille Mutoni bari baratandukanye. Fille na MC Kats batandukanye mu ntangiriro zâumwaka wa 2019. Ni nyuma yâumwuka mubi ushingiye ku gucana inyuma waranze aba bombi. Abinyujije ku mbugankoranyambaga, Katamba yatangaje ko agiye gukomeza kuba manaja wa Fille, umwanya yari yarambuwe. Yagize ati â […]
Paul Pogba aravugwaho kuba mu rukundo nâumukobwa wâUmunyayuganda wiga mu Bwongereza
Umukinnyi wâUmupira wâamaguru mu Ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, Paul Pogba Labile aravugwaho kuba mu rukundo nâumukobwa wo muri Uganda, Sheila Nduhukire, wiga mu Bwongereza. Uyu mukobwa wahoze ari umunyamakuru kuri NTV nyuma akajya kwiga ibyâitangazamakuru muri Kaminuza ya Cardiff bivugwa ko ari mu rukundo na Pogba nkâuko ibinyamakuru byinshi byo muri Uganda […]
U Rwanda rurakemanga ibyo kwinjira mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha
Perezida w’urukiko rw’ikirenga mu Rwanda, Prof. Sam Rugege avuga ko umuyobozi w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaga rukorera i La Haye uri mu ruzinduko mu Rwanda yifuje ko u Rwanda rwaba umunyamuryango wâuru rukiko ariko akagaragaraza impungenge. Chile Eboe-Osuji, umucamanza w’uru rukiko akaba n’umuyobozi mukuru warwo kuva mu mwaka ushize, mu ruzinduko arimo mu Rwanda yifuje ko iki […]
Abifuza kwiga ubumenyingiro mu gihe gito bazirikanwe nâIshuri Rikuru rya PIPR
Abifuza kwiga imyuga mu mu Ishuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) itangaza ko iri gutanga amasomo yâubumenyingiro mu gih gito mu mashami atandukanye. Iri shuri rikuru rifite icyicaro mu  Murenge wa Niboyi ku muhanda KK453 uherereye mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali no muri St Paul ritangaza ko abashaka kuryigamo […]
Itangazo ryo kubika ryasohowe na FDLR riteye urujijo
Ubuyobozi bwâInyeshyamba zirwanya Leta yâu Rwanda (FDLR) bwashyize hanze itangazo ribika Umuyobozi w’Ingabo zabwo gusa benshi bemeza ko riteye urujijo bitewe n’ubikwa ndetse n’ipeti yari afite. Itangazo ribika rya FDLR NO 003/2019  ryo kuwa 18 Nzeri 2019 rirabika uwitwa Gen. Mupenzi Pierre Bernard rwabaye kuwa 18 Nzeri 2019 muri Rutshuru, muri Kivu yâAmajyaruguru. Igiteye urujijo […]
Dr. wâUmunya-Taiwan yarakajwe nâibyanditse ku rubuga rutumira abagombaga kwitabira inama i Kigali
Umudogiteri ukomoka mu gihugu cya Taiwan, Tsai Hui-shan yarakajwe nâamagambo yanditse ku rubuga rwa interineti rwariho ubutumire bw’abagombaga kwitabira inama iri kubera i Kigali mu Rwanda. Dr. Tsai Hui-shan (èâ¥èâ˘â˘Ă§ÂĹ ) ni umwe mu bagombaga kwitabira inama mpuzamahanga yiga ku kwita ku barwayi bâindwara zikomeye. Uyu muganga usanzwe akorera mu gihugu cya Eswatini (yahoze ari Swaziland) […]
Ishyaka rya Museveni ryihakanye uwatewe umusumari mu itama ari ryo azira
Ubuyobozi bwâIshyaka riri ku butegetsi muri Uganda (NRM) mu Karere ka Mbale bwihakanye, Â Isaac Kitoogo uherutse gutangaza ko yatewe umusumari mu itama azira gusingiza ishyaka rya Perezida Yoweli Museveni. Kitoogo avuga ko yatewe umusumari mu itama ubwo yatahaga avuye mu Mujyi wa Mbale, agahura nâabagabo batatu bamubuzaga gukomeza gusingiza Museveni na NRM ye. Mu kiganiro […]
FARDC yirinze kuvuga umubare wâabicanwe na Gen. Mudacumura
Umuvugizi wâIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), General Richard Kasonga, yemeje ko Lt. Gen. Mudacumura wayobora igisirikare cya FDLR Yishwe na FARDC mu rukerera rwo kuwa 18 Nzeri mu gace ka Bwito muri Rutshuru, yanga kuvuga umubare wâabicanwe na we. Mu kiganiro na VOA, Gen. Kasonga yavuze ko igihe kitaragera ngo atangaze abicanwe […]
Nzacira, nanyare mu biryo nuntumira mu bukwe bwawe- Umuhanzi abwira  Rema watandukanye na Eddy Kenzo
Umuhanzi Jennifer Full Figure wo muri Uganda yasabye Rema Namakula kutazamutumira mu bukwe bwe kuko atitguye kurya ibyo azakirizwa. Full Figure avuga ko azanyara ndetse agacira mu byo azakirizwa bitewe nâuko ubukwe bwa Rema nâumukunzi we mushya, Hamza Ssebunya abona ari ubwâubugoryi. Ati â Nutinyuka ukantumira mu bukwe bwawe, ndagusezeranya ko nzanyara, nkanacira mu biryo […]
Ifi yafashije polisi guta muri yombi abacuruza ibiyobyabwenge
Ifi nini yitwa Sili yo ku kirwa cya Burton mu gihugu cya Australia yafashije polisi gufata abacuruza ibiyobyabwenge babiri muri batanu bari mu nyanja. Polisi itangaza ko yafashe aba bacuruzi bitewe nâifi yabakumiriye, ikababuza kwinjira mu bwato buto bashakaga gukoresha batoroka. Komiseri wa Polisi ku kirwa cya Burton, Chris Dawson yatangaje ko uburakari bwâiyi fi […]
Kaminuza ya CHUR yazanye igisubizo ku bo kudidibuza indimi zâamahanga byabereye ihurizo
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) itangaza ko yatangije ikigo kizajya kigisha indimi zâamahanga ku banyeshuri bayo nâabarimu ndetse no ku bandi bifuza kwiga indimi zâamahanga zitandukanye. Ubuyobozi bwâiyi kaminuza butangaza ko indimi zizigishwa harimo Icyongereza, Igifaransa, Igiswahili, Ikidage nâIkinye-Koreya. Babinyujije ku rukuta rwa Twitter, bagize bati âKaminuza ya CHUR itangije ku mugaragaro ikigo […]
Umwavoka wâabaguye mu mpanuka yishe 157 barimo Umunyarwanda yasabye inyandiko zerekeye indege yabahitanye
Umwavoka wâabafitanye isano nâabantu 157 baguye mu mpanuka ya Kompanyi yâindege ya Ethiopian Airlines, Robert Clifford atangaza ko ari gusaba inyandiko zerekeye indege yo mu bwoko bwa Bowing (boeing) 737 Max 8 yishe aba bantu. Jackson Musoni ni we Munyarwanda wari mu bantu 157 baguye muri iyi mpanuka yabaye Cyumweru tariki 10 Werurwe 2019. Yabaye […]
Umwana muto yashimuswe akurwaho imyanya yâibanga, ururimi nâamaboko
Polisi mu Karere ka Mayuge muri Uganda iri gukora iperereza ku iyicwa ryâumwana wâimayaka itandatu washimuswe, akicwa nyuma agakurwaho imyanya yâibanga, ururimi ndetse n’amaboko ye yombi agatemwa. Umurambo wâuyu mwana witwaga Edirisa Kabulure wasanzwe mu murima wâibisheke nyuma yâaho nyina, Jacquelyn Namuyangu wari wamusize mu rugo ari kumwe na barumuna be babiri, akajya gufura, yagarutse […]
Undi mu bashyigikiye Museveni yatewe umusumari wambukiranya itama ujya mu kanwa
Umuturage witwa Isaac Katoogo wo mu Karere ka Mbale bizwi ko ari umuyoboke ukomeye wa Museveni yatewe umusumari wambukiranya itama werekeza mu kanwa. Katoogo uzwi nka Ambasaderi wa Yesu muri Mbale akaba asanzwe ari nâumuhanzi ukizamuka kuwa 17 Nzeri ni bwo yagabweho igitero nâabantu bataramenyekana, baramushimuta, bamutera umusumari mu itama, werekeza mu kanwa. Spyreports dukesha […]
Umugabo wa Fille Mutoni yishongoye ku kabari gaherutse kumwirukana
Edwin Katamba, uzwi nka MC Kats wahoze akundana nâumunyarwandakazi Fille Mutoni yasubije akabari Fame gaherutse kumwirukana akishongoraho. Akabari Fame iherutse gutangaza ko yirukanye Katamba kuko ibyo kari kamwitezeho, ntabyo yatanze. Uretse kunanirwa inshingano ze, Katamba ashinjwa gusuzugura ba sebuja buri gihe avuga ko âAtinya Imana gusa.â Ndetse no kunywa ntiyishyure. Asubiza kuri ibi, yifashishije imbuga […]
Uganda: Uwari umugabo wâUmunyarwandakazi Fille yirukanwe ku kazi
Uwari umugabo wâUmuhanzikazi ukomoka mu Rwanda (Fille Mutoni) ari we Edwin Katamba uzwi nka MC Kats yirukanwe nâakabari kitwa Fame yajyaga akorana nako mu bijyanye no kukamamariza. Uyu mugabo muri Uganda basigaye bita âEx wa Filleâ (uwahoze akundana na Fille) yirukanwe azira gusuzugura ba sebuja. Agasuzuguro ke nkâuko itangazo ryashyizwe hanze na Fame Lounge ribivuga, […]
Kaminuza ya CHUR yagiranye amasezerano na Fojo Media Institute yo muri Suwede
Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yagiranye amasezerano nâIkigo cyo muri Suwede cyitwa Fojo Media Institute mu rwego rwo kuzamura iterambere ryâitangazamakuru nâitumanaho. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida wa CHUR, Prof. Pierre Damien Habumuremyi yavuze ko aya masezerano yâubufatanye azatuma itangazamakuru nkâishami ritangwa nâiyi kaminuza. Ati â Turishimye cyane ku bwâishyirwaho ryâumukono […]
Bane bafashwe bazira gufata amashusho abatereraga akabariro ku muhanda
Abapolisi bane ba Uganda bafashwe baryozwa gufata amashusho yâabantu babiri batereraga akabariro mu modoka yari ku muhanda. Aba bapolis ba Uganda bafashe amashusho yâaba bombi bayashyira ku mbuga nkoranyambaga. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga yavuze ko aba bashinjwa kugira imyitwarire idahwitse. Avuga ko aba bapolisi bari gufata aba bombi aho kubafata amashusho maze […]
Ibishya ku rupfu rwa mwishywa wa Museveni warasanwe nâuwiswe Umunyarwanda
Hari amakuru mashya yashyizwe ahagaragara nâiperereza ku iyicwa rya mwishywa wa Perezida Museveni, Joshua Rushegyera Nteireho uherutse kwicwa arashwe ubwo yari kumwe nâuwitwa Merina Tumukunde, byavuzwe ko ari Umunyarwandakazi. Aba bombi barashwe mu ijoro ryo kuwa 5 Nzeri nâumuntu utaramenyekana ariko polisi ikaba itangaza ko uwabarashe yari kumwe nabo mu modoka. Amakuru avuga ko Nteireho […]
Chandiru wafatanyije indirimbo na Urban Boyz abayeho mu buzima buteye agahinda- Videwo
Umuhanzikazi, Jackie Chandiru abayeho mu buzima bubi bitewe no gukoresha ibiyobyabwenge byinshi. Chandiru waririmbanye na Urban Boyz (ikirimo Safi Madiba) iyitwa ‘Take it Off’ aherutse gutoroka ibitaro ndetse batangira no kumubika ku mbuga nkoranyamabaga bitewe no kuburirwa irengero. Kuri ubu, âpromoterâ Balaam Barugahara na Bugembe batangije gahunda yo gufasha uyu muhanzi kuba yakira. Videwo igaragara […]
U Rwanda rwatanze lisiti yâabaturage barwo ruvuga ko bafungiwe muri Uganda
Leta yâu Rwanda kuwa 16 Nzeri yashyikirije Uganda urutonde rwâabaturage bayo ivuga ko bafungiwe ku butaka bwâiki gihugu. Mu biganiro byahuje impande zombi, U Rwanda rwagaragaje ko rwifuza ko aba baturage bafungurwa. Mu bindi byagaragajwe nâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe ni ukuba Uganda icumbikiye abashaka […]
Biravugwa ko umuhanzi wafatanyije indirimbo na Urban Boyz yapfuye
Amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ryo kuwa 15 Nzeri ni ayâurupfu rwâumuhanzi Jackie Chandiru yapfuye. Jackie Chandiru yakoranye indirimbo na Urban Boyz bise âTake it Offâ yakunzwe n’abatari bake hano mu Rwanda. Mu minsi yari yabanje hari amakuru yavugaga ko Chandiru yahunze ibitaro nyuma yo kumva abaganga baganira uko bamuca ikiganza cye gifite […]
Abifuza kwiga ibyâubushabitsi (business) bafunguriwe amarembo mu Ishuri Rikuru rya PIPR
Ishuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) ritangaza ko rifite amashami yâubushabitsi (Business) ku bifuza kuryigamo mu mwaka wâamashuri 2019/2020. Kuri ubu abifuza kwiga mu mashami ya business. Kuri ubu iri shuri rikuru rifite: – Logistics and Procurement Management — Travel and Tourism Management -Technical Accounting Kwiyandikisha muri iri shuri birakomeje muri uku kwezi […]
Uwari umugabo wâUmunyarwandakazi Fille yaguwe gitumo ari muri âghettoâ arya igikomando nâigikoma
Ubuzima bigaragara ko butoroheye Mc Kats uherutse gutandukana nâUmunyanyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Fille Mutoni. Katamba uzwi nka MC Kats, yaguwe gitumo ari kurya ibishyimbo na capati (Ekikomando), Â ibiryo bifatwa nkâibyâabantu bakennye cyangwa se ingaragu zidafite uzitekera. Amashusho akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga aragaraza MC Kats nkâuwivuguruza ku byo yari aherutse gutangaza ko kuba nta […]
Ba nyirâutubari nâamahoteri bashishoze neza – CP Kabera
Polisi yâIgihugu cyâu Rwanda (RNP) itangaza ko yahagurukiye abantu banywesha abana batujuje imyaka 18 ibisindisha cyane mu tubari nâamahoteri. Umuvugizi wa RNP, CP Jean Bosco Kabera aganira na RBA kuri uyu wa 16 Nzeri, yavuze ko hari imikwabo ikomeje gukorwa mu tubari no mu mahoteri mu rwego rwo guhangana nâiki kibazo. Ati â Polisi ntizihanganira […]
Minembwe: Inyeshyamba ziri hafi gufata ikibuga cyâindege kiri hafi yâUmupaka wâu Rwanda nâUburundi
Inyashyamba za Red- Tabara zifatanyije na Mai Mai mu guhangana nâAbanyamulenge zikomeje gufata indi ntera aho kuri ubu habura ibirometero 80 ngo zifate ikibuga cyâindege cya Minembwe kiri hafi y’Umupaka w’u Rwanda n’Uburundi. Imirwano ihuje impande zombi yubuye mu minsi mike ishize, ikaba imaze guhitana abatari bacye mu gihe abandi bavuye mu byabo. Umuyobozi muri […]
Nakoranye na FBI, nta kintu ntunze mu gihugu cyanyu-Gen Kayihura
Gen. Kale Kayihura wahoze ayobora polisi ya Uganda avuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimushinja guhutaza uburenganzira bwa muntu yakoranye bya hafi nazo binyuze mu biro byâiperereza (FBI). Mu ibaruwa ndende yahaye Chimpreports dukesha iyi nkuru, Kayihura avuga ko kuba Amerika yavuga ko yakiriye ruswa nâiyezandonke kandi ko polisi yayoboye yakoze ibyaha bihutaza ikiremwamuntu […]
U Rwanda rwasabye Uganda gukora iperereza ku rupfu rwâumuturage warwo
Leta yâu Rwanda yandikiye iya Uganda iyisaba gukora iperereza ku rupfu rwâumuturage wayo, Silas Hategekimana wapfuye azize iyicarubozo yakorewe ubwo yafatirwaga muri iki gihugu. Mu ibaruwa yo kuwa 11 Nzeri 2019, Minisitiri wâUbutabera wâu Rwanda, Johnston Busingye yandikiye Intumwa Nkuru ya Leta ya Uganda, William Byaruhanga, ivuga ko Hategekimana yapfuye azize iyicarubozo yakorewe ubwo yari […]