Iby’abahanzi n’ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera
Umuhanzi akaba nâumunyamategeko ubimazemo igihe, Alain Mukuraririnda, yatangije ubukangurambaga mu bahanzi bugamije guhaguruka bakarengera uburenganzira bwabo ku bihangano bikoreshwa nâibitangazamakuru nta mafaranga bahawe. Ibi bibaye nyuma yâuko ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) cyibukirije ibitangazamakuru ko bigomba kwishyura abahanzi amafaranga yâibihangano byabo bakoresha. Ashingiye kuri ibi, Alain Mukurarinda nkâimpuguke mu mategeko akaba nâumwe mu bahanzi bamaze […]
Papa Francis yakoze ikintu cyababaje Amerika bikomeye
Leta ya Vatican yanze gusurwa nâ Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Mike Pompeo, mu nama yifuzaga kugirana na Papa Francis. Ibi bibaye nyuma yaho, Pompeo avugiye ko Kiliziya Gatolika irimo gushyira ububasha bwayo mu kaga, iganira nâUbushinwa ku myanzuro ifatwa mu iyobokamana Gatolika. Leta ya Vatican ivuga ko Papa atemerwa kwakira abayobozi […]
Abakozi ba OMS bafashe abagore ku ngufu muri RDC bagiye kubiryozwa
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima OMS ryatangije iperereza ku bakozi bâuyu muryango bitwikiriye kuvura icyorezo cya Ebola bagasambanya abagore muri RAepubulika iharanira Demokarasi ya Congo. BBC yanditseko abakozi ba OMS nâabimiryngo yindi yâabagiraneza bashinjwa gufata kungufu abagore 50 bâAbanyecongo.Muri aba 50 ,2 batewe inda . Ibi byaha byose byakozwe hagati ya 2018 na 2020 […]
Irushanwa ‘The Next Pop Star’ rije guhoza abahanzi amarira batewe na Guma Guma

Ikigo âMore Eventsâ gitegura ibitaramo bitandukanye byâumiziki ryatangaje ko rigiye hutegura irushanwa cyise âThe Next Pop Starâ uzaryegukana akazahembwa miliyoni 50 zâamafaranga yâu Rwanda. Kigali Today yanditse ko guhera kuri uyu wa 30 Nzeri kugeza ku wa 18 Ukwakira 2020, abashaka kuryitabira batuye mu Rwanda bazatangira kwiyandikisha. Biteganijwe ko iri rushanwa rigomba kwitabirwa nâumuhanzi wese, […]
Umukobwa ubana nâubumuga bwo mu mutwe watewe inda nâumuntu utazwi yaremewe

Itsinda Her Friends ribarizwamo umukinnyi wa Filimi Bazongere Rozine ukina muri City Maid ryaremeye umukobwa ubana nâubumuga bwo mu mutwe watewe inda nâumuntu utaramenyekana. Mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho yâumukobwa ufite umwana muto wâuruhinja wavugaga ko atazi uwamuteye inda, ubundi akavuga ko ari uwitwa Kazungu wamuhaga akazi ko kumutekera. Uyu mukobwa witwa […]
Biravugwa ko Judith wahoze ari umugore wa Safi yambitswe impeta nâumusore bakundana

Mu mpera zâicyumweru gishize ni bwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hatangiye gucicikana amakuru avuga ko Niyonizeye Judith yambitswe impeta nâumusore bamaze igihe gito bakundana. Ibi bishingirwa ku mafoto yagiye ahererekanwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Judith nâumukunzi we babanje gutembera mu mujyi wa Kigali nyuma bakaza gukomereza urugendo rwabo mu Karere ka Musanze. Bivugwa ko […]
Amafoto y’umuhanzi Sheebah Karungi akomeje kuvugisha benshi- Amafoto

Umuhanzikazi wâumunya -Uganda, Sheebah Karungi yongeye kwibazwaho nâabakoresha imbuga nkoranyambaga ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye umwambaro wâimbere gusa. Sheebah ni umuririmbyi wâicyamamare muri Afurika yâiburasirazuba , byâumwihariko akaba azwiho kwigaragaza mu mafoto nkâumukobwa ukurura abagabo ku buryo budasanzwe. Sheebah akunze kumvikana mu itangazamukuru yivugira ko we nta kibazo na kimwe abona mu kwambara imyambaro igaragaza […]
Mu mafoto: Dore uko mu Buyapani bizihiza umunsi wâigitsina cyâumugabo

Mu Kinyarwanda baravugo ngo âAgahugu umuco akandi uwako”. Buri cyumweru cya mbere cya Mata, ibihumbi byâabaturage bâu Buyapani bahurira mu mihanda migari bizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe igitsina cyâumugabo (Penis) uzwi nka Kanamara Matsuri Ni umunsi ngarukamwaka w’izihizwa mu gace ka Kawasaki gaherereye mu majyepfo y’u Buyapani. Imbaga yâabantu ihurira mu duce duhuriramo abantu benshi, aho […]
Tanzania nâu Burundi bagiye kubaka umuhanda wa gariyamoshi uhuza Gitega na Dar es Salaam
Ubwo Perezida wâuBurundi Maj .Gen. Evariste Ndayishimiye aheruka gusura Tanzania ibihugu byombi byemeranyije ku mushinga mugari wo kubaka umuyoboro wa gariyamoshi uhuza Gitega na Dar es Salaam. The East African yanditse ko ubwo Perezida wâu Burundi Evarise Ndayishimiye yasuraga uwa Tanzania John Pombe Magufuli baganiriye ku mushinga wâiyubakwa ryâumuhanda wa gariyamoshi uhuza ibihugu byombi. Ubwo […]
Umwarimu waroze abanyeshuri 25 b’incuke yakatiwe urwo gupfa
Umwarimu w’Umushinwakazi wigisha mu ishuri ry’incuke yakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo guhamwa no kuroga abana 25 ku kigo yigishaho bikarangira umwe ahasize ubuzima. Inkuru ya BBC ivuga ko Wang Yun yatawe muri yombi mu mwaka ushize nyuma kuroga abana bâincuke biga mu ishuri rya mugenzi we bari bafitanye amakimbirane. Bivugwa ko uwo mwarimu w’umugore yashyize […]
Ibitekerezo bya Bamporiki Edouard ku njyana yâibishegu yadutse mu Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUrubyiruko nâUmuco, Edouard Bamporiki yavuze ko kuririmba ibishegu atari iby’i Rwanda aho anemeza ko mu bihe byo hambere uwabikoraga yitwaga umusazi. Mu kiganiro cyatambutse kuri Radio 10 kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Nzeri 2020, Bamporiki Edouard yanenze abahanzi baharaye kuririmba ibihangano biganisha ku busambanyi, aho abigereranya nkâishyano rya kabiri […]
Abagabo 15 bahiga abandi mu gikundiro n’uburanga mu 2020

Ubwiza akenshi ni ikimwe mu bintu bikunze gutera impaka hagati yâabantu, aho abemera Imana bavuga ko abantu bose ari beza cyane ko baremwe mu ishyusho yayo. Hari nâabandi bavuga ko nâubwo abatu bose ari beza hari abeza kurusha abandi ari nabyo byashingiweho ikinyamakuru Worldwonder.org gikora urutonde rwâabagabo 15 beza ku Isi. Ni urutonde rutagaragaraho umugabo […]
Byinshi ku ba-Fore barya ubwonko bwa bagenzi babo bapfuye

Iyi Si dutuye usanga buri gace kagira umuco akandi uwako, muri Papua New Guinea hari ubwoko bw’aba Fore buryoherwa no kurya ibisigazwa byâimibiri ya bene wabo bapfuye, bikaba akarusho ku bagore baho bakunda cyane kurya ubwonko bwa bene wabo. Muri iki gihugu kibarizwa ku mugabane wa Oceania, ubwoko bwinshi buhatuye ngo ibijyanye no gushyingura ntibabikozwa […]
Ibihugu 2 byo muri Aziya byarasanye karahava
Kuri iki cyumweru tariki ya 27 Nzeri 2020, ibihugu bya Armenia na Azerbaijan byashyamiranye, abasirikare babyo bararasana bipfa akarere ka Nagorno-Karabahk kari hagati yabyo. Inkuru ya BBC Ivuga ko ububushyamire bwâibi bihugu byahoze ari bimwe mu bigize Leta zunze ubumwe zâAbasoviyeye(USSR) bumaze igihe kirekire aho buri gihugu cyifuza ko akarere ka Nagorno Karbakh kakomekwa ku […]
Rucagu Boniface yifashishije Rusesabagina mu gusobanura umwanzi w’Igihugu uwo ari we
Rucagu Boniface uri mu bagize Urwego rwâIgihugu Ngishwanama rwâInararibonye, yanenze Paul Rusesabagina kubwâibitero yagabye mu Kinigi nâi Nyabimata binyuze mu Mutwe wa FLN bigahitana ubuzima bwâinzirakarengane zâabaturage. Mu kiganiro Rucagu yagiranye nâumunyamakuru Etienne Gatanazi wa Real Talk Channel, yavuze ko bitakorohera umuntu wese gutsinda urugamba yamennye amaraso yâinzirakarengane. Umunyamakuru amubajije icyo atekereza ku mwanzi wâu […]
Nyarugenge: Umugabo birakekwa ko yaguye mu maguru y’indaya bararanye
Mu murenge wa Nyakabanda wâakarere ka Nyarugenge mu munjyi wa Kigali , ahazwi nko mu Kamenge haravugwa umugabo wagiye kugura umugore wicuraza bugacya yapfuye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Nzeri 2020, nyuma yâamakuru yatanzwe nâuwo mugore bari bararanye, ni bwo ubuyobozi bwâumurenge nâinzego zishinzwe umutekano zageze muri urwo rugo zigasanga umugabo […]
Amashuri nafungura nta munyeshuri uzaba yemerewe kwicarana n’undi ku ntebe
Minisiteri yâuburezi yatangaje ko mu gihe amashuri azaba yafunguwe mu Ukwakira uyu mwaka, na munyeshuri numwe uzaba yemerewe kwicarana nâundi ku ntebe . Byatangajwe na Minisitiri wâUburezi, Dr Uwamariya Valentine, mu kiganiro yagiranye na RBA kuri uyu wa Gatandatu agaruka ku myiteguro yâitangira ryâamashuri, nkâumwe mu myanzuro yâInama yâAbaminisitiri yateranye kuwa 25 Nzeri 2020. Minisitiri […]
Vatican: Karidinali yategetswe na Papa kwegura amuziza guha bene wabo amafaranga ya Kiliziya
Umunyamabanga wa Papa Fransis I, Karidinali Giovanni Angelo Becciu, yategetswe kwegura nyuma yo gukeka ko anyerezaga umutungo wa Kiliziya awihera bene wabo. Karidinali Becciu wigeze kuyobora ubunyamabanga bwa Leta ya Vatican, ashinjwa kuba yarakoresheje umutungo wa Kiliziya mu nyungu ze bwite, nkaho batanga urugero ko yaguze imigabane mu mu kigo cyâubwubatsi cyâi Londres akoresheje amafaranga […]
RIB yafunze umugore ukekwaho kwica umugabo amusutseho amazi ashyushye
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Nzeri 2020 Urwego rwâigihugu ryâubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi uwitwa Nyirahanyurwishaka Alphonsne wo mu murenge wa Kinyinya wâakarere ka Gasabo ukurikiranweho kwica umugabo we amusutseho amazi ashyushye. Mu Itangazo RIB yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yavuze ko uyu Nyirahanyurwishaka Alphonsine akurikiranweho ibyaha byo gukomeretse bikabije byateye […]
Umukozi yasezeye ku murambo wa Nyirabuja awuterera Pompage (Video)

Mu muhango wogusezera bwa nyuma ku mucamanza mukuru mu rukiko rwâikirenga rwa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Ruth Bader Ginsburg , umutoza we yatunguye benshi akora âPushupsâ nkâikimenyetso gikomeye cyo kumuha icyubahiro. Bryant Johnson wahoze mu gisirikare cya Amerika nyuma akaza gusezererwa, aho yahise atangira gukora nkâushinzwe umutekano wâabantu ku giti cyabo, ngo yabaye umutoza […]
Alexis Mugisha na Mukakarangwa bemejwe nk’Abasenateri bâu Rwanda
Urukiko rwâikirenga rwamaze kwemeza Mukakarangwa Clotilde wo mu ishyaka (PDC) na Alexis Mugisha wa Green Party nkâabasenateri bagomba guhagararira Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki nâamashyaka yemewe muri Sena yâu Rwanda Mukakarangwa Clotilde wo mu ishyaka riharanira Demokarasi ihuza abaturage, Parti Democrate Centriste (PDC) na Mugisha Alexis wo mu ishyaka riharanira Demokarasi n’ibidukikije, Democratic Green Party batowe […]
Ubujurire bwa Dr. Léon Mugesera bwateshejwe agaciro
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Nzeri 2020, Urukiko rwâUbujurire rwashimangiye igihano cyâigifungo cya burundu cyahawe Dr LĂ©on Mugesera, nyuma yo gusanga ubujurire bwe nta shingiro bufite. Ingingo yatumye Dr. Leo Mugesera ajurira ivuga ku kuba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamuhamije ibyaha, rwarumvise uruhande rwâabamushinja gusa rukabishingiraho rumuha igihano cyo gufungwa burundu Mu byaha […]
Alikiba yongeye kwibasira Diamond mu ndirimbo “Mediocre”
Umuhanzi Ali Saleh Kiba ukomoka muri Tanzania yongeye kwibasira Diamond Platnumz nyuma yo kwiyita umwami udasimburwa wâumuziki wa Tanzania mu ndirimbo “Mediocre”. Alikiba ni umuhanzi uhora ahanganye na Diamond Platinumz nawe ukunzwe cyane muri Tanzania. Aba bombi ntibavuga rumwe ndetse ntawemera ko ari munsi yâundi, Diamond yiyita Simba, Alikiba akiyita umwami ndetse nâabafana babo nabo […]
Shaddyboo yongeye kwibasirwa azira ubutumwa bwâibasira abagabo

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo yongeye kwibasirwa nâabamukirikira ku rubuga rwa Twitter biturutse ku butumwa yanyujijeho bugaragara nku bwibasira igitsina gabo muri rusange. Mu butumwa bwe, Shaddyboo yatangiye agaragaza ko umuco nyarwanda ari wo wagize uruhare mu busumbane hagati yâabakobwa nâabahungu biturutse ku kuba abahungu barahabwaga agaciro kurusha abakobwa. Ibi ngo bigashimangirwa nâubutumwa bwatangwaga mu […]
Ibyamamare byashenguwe nâurupfu rwa Nuriat ufitanye isano na The Ben

Ibyamamare binyuranye bikoresha urubuga rwa Instagram byashenguwe nâinkuru y’akabaro yâurupfu rwa Kabeho Nuriat rwamenyekanye mu ijoro ryo kuwa 24 Nzeri 2020 bitangajwe na The Ben. Kabeho Nuriat ubusanzwe ni mushiki wa Mugisha Benjamin(The Ben) uvuka kwa nyina wabo. Mu gutangaza inkuru yâurupfu rwa Nuriat The Ben yagize ati: “Nari ndi kuri Instagram nganiriza abafana nâumuryango […]
Vietnam hafatiwe udukingirizo 345,000 tugurishwa caguwa
Polisi yo mu murwa mukuru wa Vietnam ,Hanoi yafashe udukingirizo tugera ku 345000 twakoreshejwe dusubijwe ku isoko. Inkuru yâIbiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, ivuga ko Polisi yerekanye ibikapu bipima ibiro 360 byari bipakiwemo udukingirizo 345000 twakoreshejwe byari mu bubiko bwo mu gace ka Binh Duong kari mu murwa mukuru Hanoi. Ibinyamakuru binyuranye byo muri Vietnam byavuze […]
Koreya ya Ruguru yatwitse Umuyobozi wo mu y’Epfo ari muzima
Minisiteri y’Ingabo muri Koreya yâEpfo yamaganye igikorwa yise icya kinyamaswa cyakozwe nâingabo za Koreya ya Ruguru cyo gutwika umuyobozi wâabarobyi hafi yâumupaka wâibihugu byombi. Umunyamakuru wa BBC mu murwa mukuru wa Koreya yâEpfo (Seoul), Laura Becker yatangaje ko uyu mugabo wishwe ari umuyobozi wâabarobyi bo mu gace ka Yeonpyeong ufite imyaka 44 yâamavuko. Amakuru atangwa […]
Umugore ubana nâabagabo 2 arashishikariza abandi kumukurikiza
Umunyanigeriyakazi, Brisbane akomeje kwerekana uburyohe ahura nabwo mu rukundo nyuma yo gushaka abagabo 2 bâibigango babana mu nzu imwe. Mu butumwa uyu mugore akomeje kunyuza ku rubuga rwa Twitter, akangurira abandi bagore gushaka abagabo barenze umwe cyane ko we wababimburiye asanga ntako bisa kubana nâabagabo 2 bose uzi neza ko ari abawe. Yagize ati: â […]
PDC na Green Party bateye intambwe iberekeza muri Sena y’u Rwanda

Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki nâamashyaka yemewe mu gihugu rimaze gutora abasenateri basimbura abo ryatanze barangije manda. Abamaze gutorwa ni Mukakarangwa Clotilde wo mu ishyaka riharanira Demokarasi ihuza abaturage, Parti Democrate Centriste (PDC) na Mugisha Alexis wo mu ishyaka riharanira Demokarasi n’ibidukikije, Democratic Green Party. Aba batorewe gusimbura Senateri Mukakarisa Jeanne dâArc na Uyisenga Charles biteganijwe […]
Izindi mpunzi 511 z’Abarundi zabaga i Mahama zafashijwe gutaha
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nzeri 2020 ni bwo icyiciro cya gatatu kigizwe nâimpunzi 511 zâAbarundi cyafashijwe gutaha. Ni impunzi zigizwe nâabana, abagore nâabagabo zari zimaze imyaka igera kuri 5 ziba mu nkambi ya Mahama mu burasirazuba bwâu Rwanda. Izi mpunze yaje mu Rwanda zihunze imvururu zakurikiye amatora yâUmukuru wâIgihugu […]
Gicumbi: RIB yafunze umugabo ukekwaho gusambanya umukobwa we
Mu Murenge wa Rutare wâakarere ka Gicumbi, RIB ihafungiye umugabo wâimyaka 44 ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana we wâumukobwa ufite imyaka 15. Inkuru ya Igihe ivuga ko uyu mugabo ukekwa gusambanya umwana we, ngo ashobora kuba yarabikoze umugre we yagiye kwa muganga kurwaza mugenzi we. Tariki ya 22 Nzeri 2020 ni bwo inkuru yasakaye, ubwo […]
U Rwanda mu bihugu 4 buri mubyeyi wese yakwifuza kubyariramo
Raporo ikorwa nâumushinga Bill and Melinda Gates Foundation iheruka kujya ahagaragara yagaragaje ibihugu byâu Rwanda, Senegal, Ethiopia na Liberia nka bimwe mu bihugu 9 biha umutekano ubuzima bwâumubyeyi nâumwana muri Afurika Ubwo yasabwaga kugira icyo atangaza kuri Raporo yashizwe ahagaragara nâumuryango yitiriwe, Bill Gates usanzwe afite ikigo gikomeye mu ikoranabuhanga, Microsoft, yavuze ko hari ibihugu […]
U Rwanda rwabuze uruhagararira muri Miss Earth iri kuba hifashishijwe ikoranabuhanga

U Rwanda ntirufite uruhagararira muri ishurashanwa ryâubwiza, Miss Earth 2020 ririmo kuba ku nshuro yaryo ya 20 hihashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo Covid-19. Miss Earth ni rimwe mu marushanwa yâubwiza akomeye ku Isi rikaba rifite intego yo gukora ubukangurambaga mu kurengera ibidukikije. Muri uyu mwaka wa 2020 ririmo kuba ku nshuro ya 20. Mu bihe byashize […]
Ntibisanzwe! Yivuganye umugore we amuziza kumwima ubugari
Polisi ikorera mu gace ka Navakholo muri Kenya, yatangaje ko yataye muri yombi Joseph Boyi, umugabo ukurikiranweho kwica umugore we amuziza kumwima ubugari. Inkuru ya The Standard ivuga ko Joseph Boyi, wâimyaka 44 yâamavuko ukurikiranweho kwica umugore we Florence Nakonjio nyuma yo kumusaba ibiryo ntabimuhe. Sharon Margarita, umukobwa mukuru wo muri uyu muryango yabwiye itangazamakuru […]
Desalegn wabaye Minisiriri wâIntebe wa Ethiopia yagaragaje ibihe byiza yagiriye muri Nyungwe

Hailemariam Desalegn wabaye Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia yagaragaje imbamutima nyuma yo gutembera u Rwanda no gusura Pariki yâigihugu ya Nyungwe. Mu butumwa bwâimbamutima yasangije abamukurikira ku rubuga rwe rwa Twitter, Desalegn yagaragaje ko yishimiye gusura u Rwanda byâumwihariko , ngo yanyuzwe no kugenda ku kiraro cyakataraboneka (Canopy Walk) giherereye muri Pariki ya Nyungwe . Yagize […]
Gutunga abagore barenze umwe byasaba guhindura Itegekonshinga:Depite Mukabagwiza
Umuyobozi wungirije wâinteko Ishinga Amategeko, umutwe wâAbadepite ushinzwe amategeko , Hon.Mukabagwiza Edda yasubije abagabo bifuza kugira abagore benshi ko bitemewe nâamategeko yâu Rwanda. Mu minsi ishize hagiye humvikana abagabo bo mu bice binyuranye byâigihugu bavuga ko haramutse hatowe itegeko ryemera gutunga abagore benshi ku mugabo umwe, bose bayoboka iyo gushaka abandi bagore. Mu mpamvu batangaga, […]
Umugabo yatemye inda yâumugore we ashaka kumenya igitsina cy’umwana atwite
Polisi yo muri Leta ya Uttar Pradesh mu gihugu cyâu Buhinde yatangaje ko yakiriye ikirego cyâumugore utwite watemwe ku nda nâumugabo we bikaviramo umwana wâumuhungu yari atwite gupfa. Inkuru dukesha BBC ivuga ko umuryango w’uwo mugore watemwe uvuga ko uwo mugabo yakoze urwo rugomo ashaka kumenya igitsina cy’umwana uzavuka. Ikomeza ivuga ko uyu mugore n’umugabo […]
HRW nyuma yo gusura Rusesabagina yatangaje ko aho afungiye afashwe neza
Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu (Human Rights Watch) ishami ryâu Rwanda watangaje ko ku wa 16 Nzeri 2020 wasuye Rusesabagina baraganira, awubwira ko yishimiye uko afashwe muri Gereza afungiyemo. Mu itangazo Human Rights Watch yashyize ahagaragara, rivuga ko ku wa 16 Nzeri ari bwo abakozi bâuyu muryango basuye Paul Rusesabagina aho afungiye bakagirana ibiganiro mu […]
Agathon Rwasa aratabariza abayoboke ba CNL bakomeje gufungwa bitiranwa nâabarwanyi ba RED Tabara
Umuyobozi wâishyaka ritavugarumwe nâubutegetsi mu Burundi CongrĂšs National pour la LibĂ©ration (CNL), Agathon Rwasa aratabariza abayoboke be bakomeje gutabwa muri yombi na Guverinoma ibashinja gukorana nâimitwe ihungabanya umutekano wâigihugu. Mu kiganiro Agathon Rwasa yagiranye na BBC, yavuze ko abayoboke ba CNL ntaho bahuriye nâibitero bikomeje kugabwa ku gihugu cyâu Burundi, ari naho ahera avuga ko […]
Paruwasi Gatolika ya Rwamagana yizihije isabukuru yâimyaka 101

Paruwasi Gatolika ya Rwamagana yashinzwe mu mwaka 1919, ishingwa na Musenyeri Jean Joseph Hirth wayoboraga Vicariya ya Kivu. Iyi Paruwasi yatangiye ari Misiyoni, ni imwe mu zashinzwe mbere kuko yashinzwe nyuma yâimyaka 19 gusa ivugabutumwa rigeze mu Rwanda Intego ya paruwasi nyuma yâumwaka hizihijwe yubile yâimyaka 101 ni ukwibanda ku kwegera imiryango, bakigishwa ubumwe, urukundo, […]
Amafoto yâumugore wubatse umubiri akomeje gutera benshi ubwoba(Amafoto)

Amafoto yâUmurusiyakazi, Oksana Piari akomeje kuvugisha abakoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye kubera imiterere ya kigabo nâibizigira bidasanzwe bimuranga. Aganira na Daily Mail Oksana Piari kuri ubu ufite imyaka 38 yâamavuko yavuze ko abantu benshi usanga bamutinya kubera uko agaragara nkâabagabo, ndetse abagore bagenzi be ngo ntibamwiyumvamo. Gusa avuga ko we ntacyo bimutwaye ko yishimana nâumuryango we. […]
Umugeni yavuye mu bukwe ariruka, ababutashye bamwirukaho nâimodoka(Amashusho)

Ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe hacicikana amashusho yâumugeni wavuye aho ubukwe bwe bwaberaga yiruka cyane ku muhanda abamutahiye ubukwe bamwoma inyuma bagerageza kumugarura. Ibinyamakuru binyuranye byandikirwa muri Nigeria bivuga ko uyu mugeni yirutse avuga amagambo ngo: âNgiye Kubivugaâ. Ibi byatumye abantu benshi bibaza niba ibyo yashakaga kuvuga ari byo byamukuye mu bukwe bwe ikitaraganya agafata […]
Uganda: Imfungwa zacitse gereza yâi Moroto ngo zahungaga Covid-19 ivuza ubuhuha muri gereza
Imfungwa zacitse gereza yâi Moroto muri Uganda zatangaje ko Covid-19 ivuza ubuhuha muri iyi gereza iri mu mpamvu zaziteye gupanga kuyicika igitaraganya. Daily Monitor yatangaje ko itsinda rihuriwemo nâabacungagereza, ingabo na polisi ryashinzwe guhiga imfungwa 219 zacitse gereza yâi Moroto muri Uganda ryatangaje ko ryongeye kurasa izindi mfungwa 2 mu zacitse. Zimwe mu mfungwa zagaruwe […]
Abanyamategeko bavuga ko kwereka ukekwaho ibyaha itangazamakuru ari kumwambura uburenganzira
Abanyamategeko bo mu Rwanda bemeje ko iyo ukekwaho ibyaha yeretswe itangazamakuru byongera igitutu ku butabera , bikanambura ukekwa bumwe mu burenganzira ahabwa nâamategeko. Ni kenshi urwego rwâubugenzacyaha mu Rwanda( RIB) rutumira itangazamakuru rukabereka abantu runaka baba bakekwaho gukora ibyaha. Hari abahabwa umwanya bakavugana na ryo ariko hari nâabatemererwa kurivugisha gusa hari abahabwa uyu mwanya bakagaragaza […]
Amateka yâumuhanga Galileo wahanganye na Kiliziya kakahava
Tariki ya 15 Gashyantare mu 1564 nibwo Galileo di Vincenzo Bonaiuti de’ Galilei yavutse, avukira i Pisa mu Butaliyani. Se Vicenzo yari umunyamuziki naho nyina Giulia Ammannati yavukaga mu muryango wâumuherwe Iacopo Ammannati wari umunyamabanga wa Papa Pius II. Galileo Galilei yamenyekanye cyane kubera ubuvumbuzi yagiye ageraho mu bijyanye nâimibare, Ubugenge nâubumenyi bwâikirere. Ubwo yari […]
Perezida Ndashimiye yasabye Magufuli kumubera umubyeyi wa Batisimu muri Politiki
Mu ruzinduko rwa Mbere Perezida wâu Burundi Evariste Ndayishimiye yagiriye mu gihugu cya Tanzania, yasabye mugenzi we wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli kumurera neza mu murimo wa Politiki yinjiyemo vuba. Inkuru yâikinyamakuru Bongo 5 cyandikirwa muri Tanzania ivuga ko ubwo Perezida wâu Burundi yahitagamo gukorera uruzinduko rwa mbere hanze yâigihugu agahitamo Tanzania, ari ikimenyetso […]
Iherezo ry’umwana w’imyaka icyenda washyingiranwe n’umukecuru w’imyaka 62 ni irihe?

Mu mwaka 2014 isi yose yahururiye kureba ubukwe bwâagatangaza bwa Hellen Shabangu wâimyaka 62 na Sanele Masilela wâimyaka 9 bashyingiwe nkâumugore nâumugabo mu gihugu cya Afurika Yepfo. Abantu benshi bakomeje kwibaza icyaba kihishe inyuma yâubu bukwe bwâaba bageni bahabanye cyane mu myaka. Ku wa Kane nibwo ikinyamakuru Phoenix cyabasuye bagitangariza uko ubuzima bwabo buhagaze nyuma […]
U Rwanda ntirugaragara mu bihugu bibonera abana babyo ibyibanze Nkenerwa

U Rwanda ntirwagaragaye ku rutonde rwâibihugu 38 byâisi bibonera abana bayo ibikenerwa byibanze mu buzima bwâumwana rukorwa na World Economic Forum. Ni urutonde rukorwa na World Economic Forum. Ibyibanze bishingirwaho hakorwa uru rutonde, harimo uburyo umwana yitabwaho mu myigire (mu bumenyi bwo mu ishuuri nâubumenyi rusange), uburyo yitabwaho mu mikurure (Mu gihagararo no mu bwenge). […]
Facebook igiye gushinga ikindi cyicaro muri Afurika
Ubuyobozi bw’Urubuga rwa Facebook bwatangaje ko bugiye gufungura ikindi cyicaro cyayo ku mugabane wa Afurika, kizaba giherereye i Lagos Muri Negeria. Iki cyicaro nigifungurwa kizaba kibaye icya kabiri Facebook igize ku mugabane wa Afurika, nyuma yâicyo ifite i Johannesburg muri Afurika y’Epfo cyafunguwe mu 2015. Facebook kandi yatangaje ko iryo shami ryo muri Nigeria ari […]
Umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi 13 basabiwe gufungwa burundu
Mu rubanza ruregamo umunyamakuru Phocas Nadayizera na bagenzi be 13, ubushinjacyaha bwabasabiiye gufungwa burundu kuko ngo ibyaha baregwa ari indengakamere. Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Nzeri 2020 I Nyanza mu Majyepfo yâu Rwanda nibwo Phocas Ndayizera na bagenzi be uko ari 13 baregwa ibyaha byo gucura umugambi mu gukora iterabwoba bakoresheje ibintu biturika, ku […]
Imbere yâAbadepite, BDF yashinje Umugenzuzi wâImari ya Leta kubogama
Ubwo Ikigega BDF cyitabaga Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC), cyananiwe gutanga ibisobanuro ku makosa yagaragajwe ko giha inguzanyo abishoboye ahubwo kivuga ko Raporo yâumugenzuzi wâimari ya Leta irimo kubogama. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ya 2018-2019 igaragaza ko muri miliyari enye na miliyoni zisaga magana arindwi BDF yishingira […]
PAM yasabye abatunze za miliyari kugoboka abakomeje kwibasirwa n’inzara
Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), David Beasley ku munsi wâejo yasabye abaherwe kugira umutima utabara abantu miliyoni 30 avuga ko bashobora kwicwa n’inzara mu gihe badahawe inkunga yâibiribwa. Beasley yabwiye Inteko Rusange yâUmuryango wâAbibumbye ko ku isi abantu miliyoni 270 bugarijwe n’inzara kandi PAM yizeye kugera kuri miliyoni 138 muri uyu […]
Kanye West yashenguye abamubonye yihagarika ku gikombe cya Grammy yahawe

Umuraperi Kanye Omari West uzwi nka Kanye West, yababaje abakunzi be ubwo yashiraga hanze amashusho yihagarika ku gikombe yatwaye muri Grammy Awards. Mu mashusho ari ku rukuta rwe rwa Twitter, Kanye West agaragara yashyize iki gikombe mu bwiherero agihagaze hejuru yihagarika. Mu magambo yaherekeje ayo mashusho Kanye West yarahiye avuga ko atazigera arekera. Yagize ati: […]
Dr. Habineza akomeje gusaba ubutabera gukurikirana uwamwise ‘ingagi’
Umuyobozi wâishyaka Green Party akaba nâumudepite mu nteko ishingamategeko yâu Rwanda, Dr. Frank Habineza yavuze ko kugeza ubu atarahabwa ubutabera ku munyarwandakazi wamwise âIngagiâ. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, Dr. Frank Habineza yasobanuye ko ubwo yabwirwaga ko ari ingagi, yitabaje urwego rwâiperereza, CID kugira ngo ahabwe ubutabera ku muntu wamututse, kugeza bwo iki kigo […]
Abagore 150,000 mu Rwanda ni bo bamaze kwemererwa gukuramo inda
Imibare itangazwa nâimiryango yigenga, ivuga ko mu Rwanda kuva hatorwa itegeko ryemerera abagore nâabakobwa gukuramo inda, kuri ubu abarenga 150,000 ni bo bamaze kubyemerwa nâitegeko. Itegeko ryo gukuramo inda ryatowe bwa mbere mu Rwanda mu mwaka w’2012 rivugururwa mu 2018, gusa bimaze kugaragara ko hari itandukaniro mu mibare. Mbere y’2018 abari bamaze gukuramo inda byemewe […]
Ibirwa bya Barbados byapanze guhirika umwamikazi Elizabeth ku butegetsi
Guverinoma ya Barbados yatangaje ko ifite umugambi wo gukura Umwamikazi Elizabeth II Uyiyobora ku rwego rwâikirenga ikimika Repubulika yigenga. Guverinoma yâibi birwa byo muri Karayibe yavuze ko igihe kigeze ngo isige inyuma ubukoloni nâigisa nabwo cyose bitarenze ku munsi wâubwigenge bwo mu Ugushyingo 2021. Mu ijambo ryavuzwe na Minisitiri w’Intebe, Mia Mottley, yavuze ko igihe […]
HEC yasabwe gusobanura ibyâabanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2020 nibwo Inama yâIgihugu yâamashuri makuru na za Kaminuza HEC yitabye Komisiyo yâimari nâumutungo wa Leta mu nteko ishinga amategeko (PAC) kugirango yisobanure ku makosa yagaragajwe n’umugenzuzi mu micungire yâumutungo . PAC yagaragaje ko hari ibintu bitumvikana mu mitangire ya buruse nkâaho byavugwaga ko bahaye abanyeshuri ba baringa […]
Nyuma yo gushaka kwiyahura, Miss Vanessa yongeye kugaragarizwa urukundo n’uwari umukunzi we

Nyuma yo kugerageza kwiyahura agakizwa nâmuvandime we, Miss Uwase Vanessa Raissa biravugwako ashobora kongera gusuburirana nâumunyemari Putin Kubalu wari umuteye kwiyambura ubuzima. Nyuma yâigihe kitari gito bari bamaze ntawe usangiza abamukurikira ifoto yâumukunzi we, kuri ubu Putin Kubalu yongeye gushyira hanze ifoto ya Vanessa iherekejwe nâamagambo amushimagiza aho amugereranya nâumwamikazi we. Uyu munyemari ukomoka muri […]
Nta Mututsi wakijijwe nâImana muri Jenoside kimwe nâuko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
Umwanditsi akaba nâumushakashatsi kuri Jenoside, Tom Ndahiro yanenze abavuga ko Abatutsi bakijijwe nâImana muri Jenoside mu 1994 kandi bazi neza ko bakijijwe nâInkotanyi. Anavuga ko kwemera Imana yâAbayahudi ari Umunyarwanda byagabanya Ubunyarwanda bumurimo. Mu kiganiro Tom Ndahiro yagiranye na Popote TV, yahamije ko we atemera Imana, aho avuga ko nâabemera Imana yâAbayahudi ari Abanyarwanda baba […]
Pasiteri Zigirinshuti ntashyigikiye abaka abakirisitu amaturo muri ibi bihe
Umushumba mu itorero ADEPR, Michel Zigirinshuti asanga bidakwiye ko abayobozi bâamadini nâamatotero baka abayoboke babo amaturo muri ibi bihe, mu gihe bo usanga ntacyo bigeze babamarira; ababikora ngo basa n’abakama inka bataragiye. Mu kiganiro Pasiteri Zigirinshuti yagiranye na Bwiza TV, yavuze ku myitwarire ikwiriye kuranga umushumba wâintama nyawe mu bihe bigoye, aho yavuze ko umushumba […]