Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC yatangiye inshingano nka Senateri

Perezida wacyuye igihe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange yatangiye imirimo mishya nk’umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko. Joseph Kabila kimwe n’abandi bagize inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangiye imirimo, ubwo inteko yongeraga gusubukura ibikorwa byayo kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Nzeri 2020. Inkuru ya BBC ivuga ko […]

U Rwanda rwashyizwe mu myamya y’inyuma mu kwimakaza Demokarasi

Tariki ya 15 Nzeri buri mwaka, Isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe Demokarasi. Raporo mpuzamahanga ya Democracy Index 2019, yashize u Rwanda ku mwanya w’129 mu bihugu byose byo ku Isi, aho rufite amanota 3 ku 10. Ubusanzwe Demokarasi ni ubutegetsi bw’abaturage, bushyirwaho nabo, bukabakorera hagamijwe iterambere ryabo. Bimwe mu biranga Demokarasi harimo kubahiriza uburenganzira […]

Tanzania na Kenya batangiye ibiganiro bigamije gukemura ibibazo by’ingendo z’indege

Itsinda ry’Abanya-Kenya ryiganjemo abahaga mu by’ingendo z’indege riri muri Tanzania aho ryagiye mu biganiro bigamije gukuraho inzitizi n’ibibazo ibihugu byombi bifitanye mu rwego rwo gutwara abantu mu kirere. Ibi bibazo byavutse biturutse ku cyorezo Covid-19, aho Kenya yashyizeho ingamba zikomereye abanya Tanzania, harimo no kubamaza ibyumweru 2 mu kato. Ni icyemezo cyarakaje Tanzania ku buryo […]

Ibigo 56 bya Leta byatangiye guhatwa ibibazo ku mikoreshereze mibi y’umutungo

Guhera uyu munsi tariki ya 14 Nzeri 2020, abayobozi b’inzego n’ibigo bya Leta 56 bivugwamo imicungire mibi y’umutungo wa Leta batangiye kwitaba Komisiyo y’imikoreshereze y’Imari ya Leta (PAC). Imikoreshereze y’Imari n’umutungo wa Leta aba bayobozi barimo kubazwa ni iyagaragajwe na raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta mu mwaka w’ingengo ya 2018/2019. Iki gikorwa kibaye nyuma y’uko […]

Japan: Yoshihide Suga ni we witezweho gusimbura Shinzo Abe uheruka kwegura

Ishyaka LDP riri ku butegetsi mu Buyapani rimaze gutora Yoshihide Suga nk’umukuru waryo mushya wo gusimbura Shinzo Abe uheruka kwegura, binamwongerera amahirwe yo kuba Minisitiri w’Intebe ukurikira. Muri Kanama ni bwo uwari Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani, Shinzo Abe yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe kubera uburwayi bwo mu mara. Yoshihide Suga w’imyaka 71, asanzwe […]

The Ben ahatanye na Diamond Platnumz mu bihembo bya AFRIMA 2020

The Ben ahanganye n'abahanzi bakomeye muri AFRIMA 2020

Umuhanzi w’umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ahatanye n’abahanzi bakomeye muri Afurika mu bihembo bya AFRIMA 2020. The Ben ahatananye mu cyiciro cy’umuhanzi mwiza wo muri Afurika y’Iburasirazuba aho ahanganye n’abahanzi nka: Diamond Platinamz wo muri Tanzania, Harmonize(Tanzania), Eddy Kenzo(Uganda),Khaligraph Jones(Kenya), Gildo Kassa(Ethiopia),Mboso(Tanzania) Ray Vanny(Tanzania),Ali Kiba(Tanzania) na Otile Brown (Kenya). The Ben ni we […]

Byinshi ku nkomoko ya ‘Illuminati’, umuryango w’amayobera

666.jpg

Umuryango mugari w’ubwiru ‘Illuminati’ utambutsa ubutumwa bwawo buyobya binyuze mu bimenyetso. Mu nkuru y’uyu munsi, tugiye gusesengura bimwe mu bimenyetso bivugwa ko bikoreshwa n’abayoboke b’umuryango Illuminati, inkomoko yawo n’uko ukomeje ubutumwa bwawo bivugwa ko bugamije kuyobya urubyiruko. Inkomoko y’umuryango w’ubwiru w’Abamurikiwe ”Illuminati” Tariki ya mbere Gicurasi 1776 umwarimu muri kaminuza yo mu Budage Adam Weishaup […]

Ifoto ya “Cake” Uganda Airlines yakoresheje ku isabukuru ikomeje gutangaza benshi

ug_1.jpg

Ifoto ya Cake y’urwibutso rw’umwaka umwe Uganda Airlines imaze ikomorewe gukora ingendo zo mu kirere ikomeje gutungura benshi ku mbuga nkoranyambaga. Ubusanzwe ikigo Uganda Airlines cyari kimaze imyaka igera kuri 20 gikora ariko mu buryo butari ubwa kinyamwuga, gusa mu mwaka w’2019 ni bwo iki kigo cyahawe ibyangombwa mpuzamahanga bicyemerera gukora ingendo ku Isi yose. […]

Meya wa Rutsiro yarongowe (Amafoto)

img-20200912-wa0002.jpg

Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye EmĂ©rence, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nzeri 2020 yiyemeje kuzakunda Nsengimana Fabrice akaramata imbere y’Imana n’abantu muri kiriziya yitiriwe umuryango mutagatifu (Saint Famille) i Kigali. Gushyingirwa imbere y’Imana bibaye bikurikira umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabaye ku wa 05 Nzeri 2020, mu Murenge wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu. […]

Yikase ikiganza ashaka amafarangara atangwa n’ibigo by’ubwishingizi

Julija Adlesic, Umunya Slovenia- kazi w’imyaka 22 y’amavuko, yikase ikiganza n’urukero ashaka ko ibigo by’ubwishingizai bakorana bimwihere amafaranga. Inkuru ya BBC ivuga ko Julija yari yarasinyanye amasezerano y’ubwishingizi n’ibigo bigera kuri 5 mu mwaka ushize. Yaje gutabwa muri yombi aho bikekwako yikase ikiganza akoresheje urukero kugirango ibyo bigo bimwishyure miriyoni 700 mu mafaranga y’u Rwanda. […]

Umuturage w’i Burera yatabaje Perezida Kagame amusaba gukemura ibibazo biri muri ADEPR

Ibaruwa itabariza ADEPR yandikiwe Umukuru w'Igihugu

Umukirisitu w’itorero rya ADEPR witwa Nshimirimana Adrien utuye mu murenge wa Butaro w’Akarere ka Burera, yandikiye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, amusaba kugira icyo akora mu bibazo bigaragara muri iri torero yemeza ko inzego bireba zananiwe kubikemura. Mu ibaruwa Bwiza.com ifitiye kopi, Nshimiyimana usanzwe ari umudiyakoni mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Butaro, avuga ko […]

Wasafi FM ya Diamond Platnumz yahagaritswe by’agateganyo mu minsi 7

Radiyo Wasafi Fm y’umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz, iri mu n’itangazamakuru byahagaritswe icyumweru cyose bidakora n’urwego rugenzura itangazamakuru muri Tanzania, TCRA . Radiyo ya Diamond cyo kimwe n’ibindi bitangazamakuru byahagaritswe, bishinjwa kwica amabwiriza agenga umwuga w’itangazamakuru muri Tanzania. Tanzania Communication Regulatory Authority yahagaritse Iyi Radiyo mu gihe cy’iminsi irindwi nyuma yo gutambutsa […]

Museveni yiyamye abo mu muryango we bakoresha izina rye mu kwiyamamaza

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yiyamye abo mu muryango we n’abo mu ishyaka rye bakomeje gukoresha izina rye mu kwiyamamariza imyanya imwe n’imwe y’ubuyobozi muri Uganda Mu butumwa Museveni yatanze ku munsi w’ejo Kuwa Gatanu, tariki 11 Nzeri 2020, ubwo yari mu kiganiro n’Abadepite b’ishyaka NRM mu turere twa Mbarara, Sembabule, Isingiro, Kirihura na […]

Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ry’ubwumvikane hagati y’ imiryango ibiri, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri yo. Kuba umuntu yatwitira undi (Surrogacy) bikorwa hafatwa intanga z’umugore n’umugabo zigahurizwa muri laboratwari, hanyuma igi rigashyirwa muri nyababyeyi y’undi mugore agatwita, umwana uvutsemo akaba uwa ba nyir’intanga. Mu […]

Sweden yamuritse uburyo bushya bwo kwirinda abajura hifashishijwe USB

Ikigo cy’ikoranabuhanga cy’Abanya-Sweden,Yubico, cyashyize hanze agakoresho k’ikoranabuhanga kazajya gafasha abantu gucunga umutekano w’ibyo bakorera kuri murandasi binyuze kuri mudasobwa na telefone zabo. Inkuru y’ikinyamakuru CBNET ivuga ko aka gakoresho kazajya kagura ibihumbi 60 by’amafaranga y’u Rwanda, kakinjizwa muri telefoni ngendanwa cyangwa kuri mudasobwa ahasanzwe hinjizwa USB. Abahanga mu bijyanye n’ikoranabuhanga baravuga ko ako gakoresho gafite […]

Nigeria yemeje ko umugabo wafashe umugore ku ngufu azajya akonwa

Inteko Ishinga Amategeko yo muri leta ya Kaduna mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria, yemeje gukoresha ibyuma byo kwa muganga mu gukeba udusabo tw’intanga ngabo, nk’igihano ku bahamijwe n’inkiko gufata abagore ku ngufu. Hafsat Baba, komiseri ushinzwe abagore n’iterambere ry’umuryango muri iyo leta, yavuze ko icyo cyemezo ari inkuru nziza. Yongeyeho ko “bizaca intege” abasambanya […]

Netflix yanyomeje igihuha kuri filimi ‘Escape’ ihuriwemo na Scofield, Professor na Reddington

Ifoto igaragaza filimi

Urubuga rwa Neflix rwanyomoje amakuru amaze igihe akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko benda gusohora filimi yiswe “Escape” ihuriwemo na Michael Scofield wakinnye Prison Break, El Professor yakinnye muri “Money Heist” na Raymond Reddington wakinnnye muri “The Blacklist. Ishusho igaragaza filimi yiswe Escape igisohoka abakunzi ba filimi bahise bakuka imitima bibaza uko filimi ihuriwemo n’ibi […]

Menya uduce tw’Isi, aho butajya bwira

norway.jpg

Abantu benshi ku Isi hari ubwo bifuza ko izuba ryahora riva ariko nyamara ntibishoboke kuko izuba riba rigomba kurenga hakaza umwijima. Ijoro n’amanywa biba bitewe naho Isi igeze yizeguruka yo ubwayo. Iyo Isi yizenguruka biba ngombwa ko mu masaha 12 abantu bamwe baba bari ku rumuri rw’izuba, bivuzeko baba bitegeye izuba ibyo bikitwa amanywa. Naho […]

Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi

Ubuharike n’ubushoreke ni kenshi bukunze kumvikana mu mico itandukanye y’abatuye Isi. Gusa ubuharike akenshi bukorwa n’abagabo kuko usanga hari n’ibihugu byemerera umugabo gushaka abagore barenze umwe mu mategeko. Mu bisa n’ibitangaje hari ibihugu byemerera abagore gushakana n’abagabo benshi icya rimwe. Tuvuge nk’umugore umwe agashyingirwa abagabo batanu akabyemera bakabana mu nzu, umugore azi neza ko ba […]

Perezida Kagame yitabiriye inama ya OMS yiga ku cyorezo cya Covid-19

Kuri iki gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 10 ya Nzeri 2020, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye inama yiga ku cyorezo cya Covid-19. Muri iyi nama Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro banyuranye barimo kuganira ku buryo n’ingamba zikomeje gufatwa mu gushaka ibikoresho bihangana na Covid -19 kugeza ubu itarabonerwa urukingo. Mu ijambo yagejeje […]

Incamake ku iturika rihambaye (Big Bang) bivugwa ko ariryo ntangiro y’isanzure

Abashakashatsi bashingiye kuri Siyansi bakomeje impaka n’abemera iby’amadini zishingiye ku nkomoko y’ukuri y’isanzure n’uyu mubumbe w’ubururu dutuye. Ibi bishingirwa no kuba batumvikana ku nkomoko y’Isi. Abemera Imana bavuga ko ari Rurema yaremye ibyo byose, bigashimangirwa na Bibiliya aho mu gitabo cy’Itangiriro igice cya 1, kuva ku murongo wa mbere harimo intambwe zose Imana yateye mu […]

Ak’abitwaza kubahiriza amabwiriza yo kurwanya covid-19 bagahondagura abaturage kashobotse

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo batatu bashinzwe umutekano mu nzego z’ibanze bashinjwa kwitwaza amabwiriza yo kurwanya Covid-19 bagahohotera abaturage. Abatawe muri yombi harimo ni Sindayigaya Ildephonse, Karangwa Jean Bosco na Ndahiro Elisa bari mu bashinzwe umutekano ku rwego rw’ibanze bagaragaye mu mashusho ku itariki ya 8 Nzeri bakubita Tuyisenge Evode, byabereye […]

Ibyamamamare bivugwa ko byagambaniwe n’imbaraga z’umwijima binyuze muri “Illuminati”

walker.jpg

Mu Isi ya none niba utarabyumvise mu nkuru z’urungano, wabyumvise kuri Radiyo ko hari umuryango uhuriwemo n’ibihangange ku Isi bigamije kuyitegeka no kuyiha umurongo ngenderwaho, “Illuminati” cyangwa “Abamurikiwe”. Illimunati ni umuryango bivugwa ko ukorera mu bwihisho nyamara imbaraga z’abawugize zikagira uruhare mu guhindura ibintu byinshi ku Isi, cyane ko uhuriwemo n’ibyamamare muri buri ruhande rw’ubuzima; […]

Ikiganiro “Keeping Up With The Kardashians” mu marembera ku mpamvu z’umuryango

Aba Kardashians bazwi cyane muri USA

Umunyamideli w’icyamamare Kim Kadashian yatunguye abakunzi be avuga ko bagiye guhagarika ikiganiro “ Keeping Up With The Kardashians” cyari kimaze imyaka irenga 14 gica ku mateleviziyo anyuranye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Keeping Up With The Kardashians ni ikiganiro cyihariye kivuga ku muryango wa Jenner Kris ubusanzwe uzwi nka The Kardashians cyatangiye guca ku […]

Saa Moya ntirwana, ntiyenderanya kandi ntitera impanuka : CP Kabera

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yanenze abakomeje kwinubira isaha ya saa moya no kuyikoresha nk’urwitwazo mu makosa yabo ya buri munsi. Mu kiganiro na RBA, CP John Bosco Kabera yanenze abavugwa mu byaha byiganjemo impanuka bafatwa bakavuga ko baba bubahiriza isaha ya saa moya.”Abantu bavuga ngo bakora impanuka barwana n’isaha, isaha ntabwo irwana, isaha ntiyendaranya” […]

Uganda: Minisitiri arashinjwa kwica abatamushyigikiye

Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo muri Uganda, Mwesigwa Rukutana yajyanwe mu butabera akekwaho icyaha cyo gutoteza no kwica abaturage batamushyigikiye mu matora. Mwesigwa wahoze ayobora Minisiteri y’ubutabera ya Uganda bivugwa ibyo byaha akurikranweho yabikoze mu matora y’ibanze y’ishyaka National Resistance Movement (NRM), amatora yaje no kurangira atsinzwe. Ikinyamakuru The Independent cyandikirwa muri Uganda kivuga ko […]

Shaddyboo yahaye abamukurikira ihurizo ryo gutora igisambo hagati ya Meddy,The Ben, Jay Polly na Bushali

Shaddyboo ni umwe mu bakurikirwa cyane kuri Instagram

Shaddyboo yatunguye abamukurikira abasaba gutora uwo bakekaho ubujura hagati y’abahanzi bane nyarwanda:The Ben, Meddy ,JayPolly na Bushali. Ibi Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo yabitangaje ku rukuta rwe rwa Instagram rusanzwe rukurikirwa n’abarenga 754. Ubu butumwa bwa Shaddyboo buragira buti” Ubaye uri kumwe na Meddy , Jay Polly, Bushali na The Ben ukabura telefoni yawe wakeka […]

Covid-19 ituri hafi kubi!_Minisitiri Busingye

Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y‘u Rwanda, Busingye Johnston yongeye kwibutsa Abanyarwanda kuba maso no kutajenjekera ingamba zo guhangana na Covi-19. Mu butumwa asanzwe agenera Abanyarwanda binyuze ku rukuta rwe rwa Twitter, Minisitiri Busingye akangurira Abanyarwanda guhorana amakenga no gukomeza guhangana n’icyorezo cyugarije u Rwanda n’Isi muri rusange. Mu butumwa yatanze kuri uyu […]

Alain Cocq mu gahinda nyuma yo kwangirwa gutangaza urupfu rwe “Live”

Umufaransa Alain Cocq avuga ko azapfana agahinda gakomeye nyuma yuko Facebook ivuze ko itazemera ko atangaza amashusho y’urupfu rwe imbonankubone”Live”. Cocq yari yaratangiye imyiteguro yo gutangaza imbonankubone urupfu rwe ku rubuga rwa Facebook, aho ku ikubitiro yatangiye gutangaza ukuntu yanga ibiribwa, ibinyobwa n’imiti kwa muganga bamuha. Mu Bufaransa Perezida Emmanuel Macron aherutse kwanga umushinga w’itegeko […]

Misiri ikomeje gushakisha igikombe cya Afurika yatwaye cyibwe

Ikipe y'igihugu ya Misiri yatwaye igikombe cya Afurika cy'umwimerere

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri (EFA), ryatangije igikorwa cyo gushakisha ibikombe byaryo birimo n’icy’Afurika cy’umwimerere cyatwawe n’Ikipe y’igihugu ya Misiri mu 2010 byaburiwe irengero. Amategeko y’impuzamashirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA avuga ko utwaye igikombe kimwe mu bikinirwa muri Afurika incuro eshatu zikurikirinya ahabwa icy’umwimerere nyuma hagakorwa ikindi. Nyuma y’uko Misiri yegukanye icyo gikombe inshuro […]

Abasirikare ba Niger barashinjwa kwica abasivili 70 ku maherere

Akanama k’uburenganzira bwa muntu ko muri Niger, kashinje abasirikare b’iki gihugu kwica abaturage 70 ku maherere, mu bikorwa ingabo za Niger zirimo byo kurwanya imitwe y’iterabwoba. Aka kanama kavuze ko katahuye imirambo irenga 70 mu byobo rusange bitandatu mu karere ka TillabĂ©ri kari mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’igihugu. TillabĂ©ri gasanzwe ari akarere kibasiwe n’ibikorwa by’urugomo […]

Tom Ndahiro yihanije abamugereranya na Ngeze Hassan wakanguriye abantu gukora Jenoside

Umushakashatsi ku byaha bifitanye isano na Jenoside, Tom Ndahiro, yihanije abakoresha imbuga nkoranyambaga bamugereranya na Ngeze Hassan wakoraga kuri Radio RTLM wakanguriye abantu gukora Jenoside yakorewe Abatutsi . Mu kiganiro Tom Ndahiro yagiranye n’umunyamakuru Popote Janvier kiri kuri Popote TV, yavuze ko atumva neza impamvu umuntu urwanya Jenoside ashobora kugereranwa n’umuntu wakanguriye abandi kuyikora. Yagize […]

Amafoto y’abakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi

Grand P na Eudoxie bari mu rukundo

Amafoto y’umunyamideli akaba n’umuhazi Eudoxie Yao ufite ubunini budasanzwe n’umukunzi we Grand P, akomeje kuvugisha benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga. Inkuru y’urukundo rwa Eudoxie ukomoka muri CĂŽte d’Ivoire na Grang P ukomoka muri Gunea, yatangiye gusakara ubwo ikinyamakuru Afrique sur 7 cyabakoragaho inkuru muri Nyakanga uyu mwaka. Grand P usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi, yavuze ko […]

Minisitiri Busingye yamaganye iraswa ry’imfungwa rikomeje gukorwa na Polisi y’u Rwanda

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnson, yamaganye iraswa ry’imfungwa rikorwa na Polisi y’Igihugu rikomeje kugaragara mu Rwanda, yizeza abaturage ko Minisiteri ayoboye igiye gukora iperereza ku babigizemo uruhare. Yabitangaje mu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kumvikana iraswa ry’abantu Polisi isobanura ko baba bagerageje kuyitoroka cyangwa kuyirwanya. Mu Butumwa Minisitiri Busingye […]

Nyarugenge: Polisi yarashe umujura washatse kwiruka ngo ayicike

Polisi y’Igihugu yatangaje ko yarashe umusore witwa Munyaneza Boy wari ufungiye ku Kimisagara wagerageje gutoroka yerekeza mu mugezi wa Mpazi ubwo yari asohotse abeshye ko agiye mu bwiherero. Munyaneza yari yatawe muri yombi akurikiranyweho gupfumura inzu no kwibisha icyuma, afungirwa ku Rwunge rw’Amashuri rwa Kimisagara. Polisi y’Igihugu yatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa […]

Karongi: Abakozi b’ibitaro bya Kirinda basanzwe bifungiranije banywa inzoga

Mu ijoro ryakeye mu Murenge wa Murambi ho mu karere ka Karongi, hafatiwe abantu batanu barimo n’abakozi b’ibitaro bya Kirinda bifungiranije mu rugo rw’umuturage banywa inzoga. Abo bakozi barimo n’abaganga, bafashwe ahagana saa tanu z’ijoro, nyuma y’amakuru yari yatanzwe n’abaturage mu ma Saa moya n’Igice avuga ko bari bikingiranye mu kabari banywa inzoga. Abafashwe ni […]

Umunya-Maroc wabyaye abana 1,171 ayoboye urutonde rw’ababyaye abana benshi ku Isi

Muri iyi minsi kubyara abana benshi bisa naho bitakigezweho, ibi bishingira ku kuba umubare w’abatuye Isi ugenda uruta kure ubushobozi bw’abayituyeho, haba mu mirire n’ibindi byose nkenerwa mu kwita ku buzima. Cyakora cyo n’ubwo bimeze gutyo, hari benshi babayeho mu mateka y’Isi babyaye batizigama, ku buryo hari n’abagejeje ku bana 1000. Muri iyi nkuru tugiye […]

Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC

Mu rwego rwo kunoza imikorere y’ibigo bya Leta hagamijwe gukoresha neza umutungo wayo, Guverinoma y’u Rwanda yakoze amavugurura ahuza ibigo byari bisanzwe biriho ibindi bikurwaho . Kuri uyu wa Gatanu, mu igazeti ya Repubulika y’u Rwanda, hasohotsemo iteka rya Perezida wa Repubulika rihuza, rikanasimbuza ibigo bya leta byari bisanzweho, mu gihe ibindi bizakomeza inshingano zabyo. […]

Urutonde rw’ibyanya buri muntu utuye Isi yifuza gusura kubera ubwiza byihariye(Amafoto)

giza_pyramid.jpg

Mu buzima umuntu agira intego, ahanini abakunda gutsinda ni abahorana intego yo guhora iteka bari imbere. Ubukerarugendo ni imwe mu nkingi mwikorezi zigize ubukungu bw’ibihugu by’Isi. Tugiye kurebera hamwe ibice nyaburanga bikunzwe cyane ku Isi (The 7 Wonders of the World ). Ni urutonde rukorwa n’ikinyamakuru Forbes rushingiye ku kuntu ibi bice bisurwa n’abamukerarugendo buri […]

Namibia: Imbwa zigiye kwifashishwa mugusuzuma Covid-19

Kaminuza ya Namibia ibinyujije mu ishuri ryayo ryigisha ubuvuzi bw’amatungo yatangiye gutoza imbwa zizajya zihunahuna zikamenya umurwayi wa Covid-19. Intego ni ukohereza izo mbwa ku bibuga by’indege no ku mipaka nk’uko ikinyamakuru The Namibian kivuga . Umuhanga , akaba n’umwarimu muri iyi Kaminuza ya Namibia , Conrad Brain avuga ko ubu buryo bwo kwifshisha imbwa […]

Mu manza ziregwamo Dr. Habumuremyi hiyongereyeho urwa Kiliziya Gatolika

Tariki 3 Nzeri nibwo hakomeje iburanishwa ry’ urubanza Arikidiyosezi ya Kigali iregamo iyahoze ari Kaminuza ya Christian University of Rwanda, ihagarariwe Dr. Habumuremyi Pierre Damien, niurubanza rwakomeje ababuranyi bose badahari. Impande zombi zari zihagarariwe n’ababunganira mu mategeko Ni urubanza rw’ikirego cyihutirwa, gisaba gufatira imitungo yimukanwa ya Christian University of Rwanda kugira ngo igihe Arikidiyosezi Gatolika […]

Nyamasheke: Uburyo bushya bwo guhashya Covid-19 bwari bwivuganye Motari

Ingiga zifashishijwe mu nguhangana na covid-19

Mwijoro ryo kuwa 2 Kamena 2020 abakora irondo ry’umwuga mu Kagari ka Rushyarara mu murenge wa Karambi saa moya zuzuye bivugwa ko bateze ingiga mu muhanda bagamije guhangana n’abamotari barenza isaha yogutaha. Amakuru ava i Nyamasheke avuga ku ikubitiro umutego w’abanyerondo wafashe uwitwa Athanase Munyentwari wari uvanye umugenzi ku Cyivugiza atashye bumwiriraho. Umuturage ufitanye isano […]

Umuririmbyi Akon agiye kubaka umujyi w’ibirahuri muri Afurika(Amafoto)

akon_1.jpg

Umuhanzi Aliaune Badara Thiam wamenyekanye nka Akon agiye gushyira mu bikorwa umushinga yise Akon City uzarangira Afurika yungutse umujyi w’akataraboneka. Akon bivugwa ko uyu mujyi agiye kuwubaka mu gihugu cye cy’inkomoko cya Senegal, imirimo yo kuwubaka ikazatangira muri Gashyantare 2021. Uyu mushinga bivugwa ko uzatwara miliyari 6 z’amadolari y’Amerika, Akon avuga ko uhenze adashobora kuwushyira […]

Umugore yafatiwe mu cyuho agurisha uruhinja rwe 8,000 frw

Ababyeyi benshi ku isi bavuga ko umwana ari cyo kintu gikomeye ku mubyeyi ashobora kwitangira kugeza no mu rupfu, gusa siko byagenze kuri Winnie Rose Mumbe wo muri Kenya wafashwe agurisha uruhinja rwe atagera no ku bihumbi 10 by’amafaranga y’uRwanda. Kuri uyu munsi nibwo amakuru yitabwa muri yombi rya Winnie Rose Mumbe wagurishijwe umwana we […]

Slay Queen yarohamye arapfa ubwo yifotorezaga hejuru y’isumo

Dorcas Jepkemboi w’imyaka 31 y’amavuko yahanutse mu isumo arapfa ubwo yageragezaga gufatira ifoto hejuru y’umugezi wa Chepkiit ho muri Kenya. Inkuru ya The Standard ivuga ko ibi byabaye ku Cyumweru ubwo Dorcas Jepkemboi n’umukunzi we Benjamin Kazungu bari basohokoye ku sumo ry’umugezi wa Chepkiit riherereye mu gace ka Nandi mu burasirazuba bwa Kenya. Benjamin Kazungu […]

The Rock n’umuryango webasanzwemo Covid-19

Ubutumwa The Rock yanditse kuri Instagram

Umukinnnyi wa filimi Dwayne Johnson wamenyekanye nka “The Rock” yatangaje ko we n’umuryango we bose banduye Covid-19. Uyu mugabo wahoze akina umukino wo gukirana (wrestling), akaba ubu ari we mukinnyi wa cinema winjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku isi, yavuze ko we n’umugore we n’abakobwa be babiri banduye iyi virusi. The Rock kandi yavuze ko […]

Imyiteguro yo kugaburira abana bose mu mashuri irarimbanyije

ibikoni bizifashishwa bigeze kure

Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi, REB, kirasaba ababyeyi kwitegura gushyigikira gahunda ya Leta yo kugaburira abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye mu gihe izaba itangiye gushyirwa mu bikorwa. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yatangaje ko nyuma yo kubaka ibyumba by’amashuri, kuri ubu imirimo yo kubaka ibikoni […]

Possible yise Social Mula igisambo bapfa indirimbo ‘Marigarita’

Umuhanzi Possible arashinja Social Mula kumwiba indirimbo ye Margarita yari imaze imyaka isaga 4 ikozwe ibintu Possible agereranya no konka amaraso y’umukene. Hashize umunsi umwe, Mugwaneza Lambert uzwi nka Social Mula ashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Marigarita’, ishushanya umukobwa ukunda kwinywera umuvinyo akanga “byeri” urunuka yanga ko yazatumayongera ibiro. Ni indirimbo yumvikanisha uyu mukobwa nk’ukunda […]

Ivuguruye Kayonza: Umwana wibwe mu rugo rwa sekuru yasanzwe yishwe n’umugabo wa nyina

Umwana w’imyaka itatu wari wibwe mu murenge wa Kabarondo ho mu karere ka Kayonza mu ijoro ryakeye, yabonetse yishwe n’umugabo wa nyina wemeje ko ari we wamwishe akamushyingura mu nsi y’igiti. Byabereye mu mu Mudugudu wa Cyinzovu, Akagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo. Uwo mwana akimara kubura mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, […]

Nyuma yo gutera ivi, Fireman yasangije abakiri bato inkuru ye yuzuye impanuro

Umuraperi Uwimana Francis wamenyekanye nka Fireman mu itsinda rya Tuff Gang yasangije abakunzi be inkuru y’ubuzima bugoye yanyuzemo akimara kubura ababyeyi be n’uburyo yivugira ko Imana yongeye kumuhitishamo atakongera guhitamo ubuzima bwo kwamamara. Uyu muraperi yavutse muri Mutarama 1991. Mbere gato y’uko avuka, Se yapfuye. Ubwo nyina yari kwa muganga yaje guhura n’ikibazo mu kubyara […]

EALA: Abadepite baraburana agahimbazamusyi ka miliyoni $ 2 batahawe

Abadepite b’inteko ishingamategeko ya Afurika y’Iburasirazuba(EALA) bakomeje gutakambira Ubunyamabanga bw’uyu muryango babusaba kubaha agahimbazamusyi ka miliyoni 2 z’Amadorari batahawe. Aba badepite bavuga ko inama bakoze kuva muri Werurwe hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya Covid-19, Ubuyanyamabanga bw’uyu muryango butarabishyura amafaranga y’agahimbazamusyi kagera kuri miliyoni 2 z’amadorari. Hashize igihe kinini mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba havugwa ibibazo […]

Uganda: Ikosa rimwe Bobi Wine yakoze rishobora kumwima amahirwe yo kuyobora igihugu

Umukandida w’ishyaka National Unity Platform, Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine ashobora gukurwa ku rutonde rw’abemerewe gutorerwa kuyobora Uganda biturutse ku ikosa yakoze ryo kubeshya imyaka ye y’amavuko. Umucamanza Mukuru w’Urukiko rwa Wakaso, Male Mabirizi avuga ko ibyangommbwa by’amavuko Bobi Wine yatanze muri Komisiyo y’amatora bitandukanye n’ibiri ku mpamyabumenyi afite. Kubw’ibyo umucamanza Mabirizi yategetse ko […]

Mu mitoma iteye Ubwuzu Knowless yifurije umugabo we Clement isabukuru nziza

ubutumwa Knoweless yageneye Clement

Kuri uyu Munsi tariki 1 Nzeri nibwo Ishimwe Clement yizihiza isabukuru y’amavuko, yatunguwe n’amagambo y’urukundo yavuzwe n’umugore we Knowless amwifuriza isabukuru nziza. Buri tariki ya 1 Nzeri, umuyobozi w’inzu itunganya umuziki ya Kina Music, Ishimwe Clement yizihiza isabukuru y’amavuko, akaba ari inshuro ya 5 ayizihije ari kumwe na Butera Knowless nk’umugore n’umugabo. Mu butumwa yashyize […]

Karongi: Umagabo ukekwaho kwica se n’undi muntu umwe yijyanye muri RIB

Umugabo w’imyaka 43 y’amavuko ukekwaho kwica se n’undi muntu umwe ku Cyumweru tariki 30 Kanama, yishyikirije Urwego rwIgihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ishami rya Bwishyura mu karere ka Karongi. Inkuru yatangajwe na IGIHE, ivuga ko uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 43, yashakishwaga n’ubutabera bumukekaho icyaha cyo kwica se Gumuriza Isaac w’imyaka 81, n’undi mugore w’imyaka 61 […]

Zimwe mu mpamvu zatumye Isoko rya Kigali ryemerwa gufungura ku wa Kane

Isoko rya Kigali City Market rimaze igihe rifunze

Mu itangazo ry’Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali ryashizwe ahagaragara ku munsi w’ejo ni ryo ryavuze ko isoko rya Kigali City Market rirafungura imiryango kuri uyu wa 3 Nzeri 2020. Iri tangazo ry’Umujyi wa Kigali rivuga ko abakoreraga muri ayo masoko yari yarafunzwe bapimwe, n’abo bahuye na bo bagakurikiranwa ndetse n’inyubako zigaterwa umuti wica udukoko. Ubuyobozi bw’isoko […]

Abana b’impanga bavukiye amezi atanu muri Roi Faisal basezerewe

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kamena 2020 mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal habereye umuhango wo gusezerera abana b’impanga bavukiye amezi atanu. Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rw’ibitaro byitiriwe Umwami Faisal avuga ko aba bana bavutse muri Gicurasi ubwo buri umwe yapimaga amagarama 500 gusa. Nyuma y’amezi atatu bari bamaze mu bitaro bitabwaho n’abaganga […]

Rusesabagina ukurikiranweho guhungabanya umutekano w’u Rwanda ni muntu ki?

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 31 Kanama ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha byo guhungabanya umutekano w’u Rwanda binyuze mu mitwe ya MRCD, FLN na PDR Ihumure irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda Amateka ya Rusesabagina Paul Rusesabagina yavutse tariki ya 15 Kamena 1954, avukira i Murama. Akirimuto […]

Yanga Day: Harmonize yigaragarije abafana nka Para-Komando (Amafoto na videwo)

Harmonize yinjiye nk'umusirikare

Umuhanzi Rajabu Abdul Kahali uzwi nka Harmonize cyangwa Konde Boy yatunguye abakunzi ba Yanga amanukira ku migozi nk’abasirikare bo mu kirere yitegura gutaramira abitabiriye igitaramo cy’umunsi wa Yanga cyabereye kuri Benjamin Mkapa Stadium. Ni ibirori byabaye ku munsi w’Ejo ku Cyumweru bibera kuri Benjamin Mkapa Stadium mu mugi wa Dar es Salaam byitabiriwe n’uwahoze ari […]

Umuhanzikazi Toni Braxton abababazwa no kuba atarasambanye kenshi akiri muto

Toni Braxton Michelle wamamaye mu muziki nka Toni Braxton, yatangaje ko yicuza bikomeye kuba atarakoze kenshi imibonano mpuzabitsina mu gihe cy’amabyiruka ye ndetse ngo anishimishe anywa inzoga nyinshi. Yabitangarije mu kiganiro yahaye The Guardian, aho yagize ati: “Ndicuza kuba ntarasambanye kenshi mu gihe nari nkiri muto. Mba naranyoye inzoga nyinshi. Mba naragiye mu birori byinshi, […]

Amateka ya Ellen Gould White washinze idini ry’Abadivantisiti b’umunsi wa 7

Niba warigeze usoma ibitabo by’abadivantisiti b’umunsi wa karindwi byanze bikunze izina Ellen White si ubwa mbere uryumvise. Ni umuhanuzi Abahuje imyemerere na we bemeza ko yavukiye guhishura ukuri kwari kwarapfukiranwe n’idini y’ikinyoma. Byinshi kuri we biri muri iyi nkuru twateguye twifashishije inyandiko ya Britanica.org Amateka ya Ellen White Amazina yiswe n’ababyeyi be ni Ellen Gould […]