Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC yatangiye inshingano nka Senateri
Perezida wacyuye igihe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange yatangiye imirimo mishya nkâumusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko. Joseph Kabila kimwe nâabandi bagize inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangiye imirimo, ubwo inteko yongeraga gusubukura ibikorwa byayo kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Nzeri 2020. Inkuru ya BBC ivuga ko […]
U Rwanda rwashyizwe mu myamya y’inyuma mu kwimakaza Demokarasi
Tariki ya 15 Nzeri buri mwaka, Isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe Demokarasi. Raporo mpuzamahanga ya Democracy Index 2019, yashize u Rwanda ku mwanya wâ129 mu bihugu byose byo ku Isi, aho rufite amanota 3 ku 10. Ubusanzwe Demokarasi ni ubutegetsi bwâabaturage, bushyirwaho nabo, bukabakorera hagamijwe iterambere ryabo. Bimwe mu biranga Demokarasi harimo kubahiriza uburenganzira […]
Tanzania na Kenya batangiye ibiganiro bigamije gukemura ibibazo byâingendo zâindege
Itsinda ryâAbanya-Kenya ryiganjemo abahaga mu byâingendo zâindege riri muri Tanzania aho ryagiye mu biganiro bigamije gukuraho inzitizi nâibibazo ibihugu byombi bifitanye mu rwego rwo gutwara abantu mu kirere. Ibi bibazo byavutse biturutse ku cyorezo Covid-19, aho Kenya yashyizeho ingamba zikomereye abanya Tanzania, harimo no kubamaza ibyumweru 2 mu kato. Ni icyemezo cyarakaje Tanzania ku buryo […]
Ibigo 56 bya Leta byatangiye guhatwa ibibazo ku mikoreshereze mibi yâumutungo
Guhera uyu munsi tariki ya 14 Nzeri 2020, abayobozi bâinzego nâibigo bya Leta 56 bivugwamo imicungire mibi yâumutungo wa Leta batangiye kwitaba Komisiyo yâimikoreshereze yâImari ya Leta (PAC). Imikoreshereze yâImari nâumutungo wa Leta aba bayobozi barimo kubazwa ni iyagaragajwe na raporo yâumugenzuzi wâimari ya Leta mu mwaka wâingengo ya 2018/2019. Iki gikorwa kibaye nyuma yâuko […]
Japan: Yoshihide Suga ni we witezweho gusimbura Shinzo Abe uheruka kwegura
Ishyaka LDP riri ku butegetsi mu Buyapani rimaze gutora Yoshihide Suga nk’umukuru waryo mushya wo gusimbura Shinzo Abe uheruka kwegura, binamwongerera amahirwe yo kuba Minisitiri wâIntebe ukurikira. Muri Kanama ni bwo uwari Minisitiri wâIntebe wâUbuyapani, Shinzo Abe yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe kubera uburwayi bwo mu mara. Yoshihide Suga w’imyaka 71, asanzwe […]
The Ben ahatanye na Diamond Platnumz mu bihembo bya AFRIMA 2020

Umuhanzi wâumunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ahatanye nâabahanzi bakomeye muri Afurika mu bihembo bya AFRIMA 2020. The Ben ahatananye mu cyiciro cyâumuhanzi mwiza wo muri Afurika yâIburasirazuba aho ahanganye nâabahanzi nka: Diamond Platinamz wo muri Tanzania, Harmonize(Tanzania), Eddy Kenzo(Uganda),Khaligraph Jones(Kenya), Gildo Kassa(Ethiopia),Mboso(Tanzania) Ray Vanny(Tanzania),Ali Kiba(Tanzania) na Otile Brown (Kenya). The Ben ni we […]
Byinshi ku nkomoko ya ‘Illuminati’, umuryango wâamayobera

Umuryango mugari wâubwiru ‘Illuminati’ utambutsa ubutumwa bwawo buyobya binyuze mu bimenyetso. Mu nkuru yâuyu munsi, tugiye gusesengura bimwe mu bimenyetso bivugwa ko bikoreshwa nâabayoboke bâumuryango Illuminati, inkomoko yawo nâuko ukomeje ubutumwa bwawo bivugwa ko bugamije kuyobya urubyiruko. Inkomoko yâumuryango wâubwiru wâAbamurikiwe âIlluminatiâ Tariki ya mbere Gicurasi 1776 umwarimu muri kaminuza yo mu Budage Adam Weishaup […]
Ifoto ya âCakeâ Uganda Airlines yakoresheje ku isabukuru ikomeje gutangaza benshi

Ifoto ya Cake yâurwibutso rwâumwaka umwe Uganda Airlines imaze ikomorewe gukora ingendo zo mu kirere ikomeje gutungura benshi ku mbuga nkoranyambaga. Ubusanzwe ikigo Uganda Airlines cyari kimaze imyaka igera kuri 20 gikora ariko mu buryo butari ubwa kinyamwuga, gusa mu mwaka w’2019 ni bwo iki kigo cyahawe ibyangombwa mpuzamahanga bicyemerera gukora ingendo ku Isi yose. […]
Meya wa Rutsiro yarongowe (Amafoto)

Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye EmĂ©rence, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nzeri 2020 yiyemeje kuzakunda Nsengimana Fabrice akaramata imbere yâImana nâabantu muri kiriziya yitiriwe umuryango mutagatifu (Saint Famille) i Kigali. Gushyingirwa imbere yâImana bibaye bikurikira umuhango wo gusezerana imbere yâamategeko wabaye ku wa 05 Nzeri 2020, mu Murenge wa Gisenyi wâakarere ka Rubavu. […]
Yikase ikiganza ashaka amafarangara atangwa nâibigo byâubwishingizi
Julija Adlesic, Umunya Slovenia- kazi wâimyaka 22 yâamavuko, yikase ikiganza nâurukero ashaka ko ibigo byâubwishingizai bakorana bimwihere amafaranga. Inkuru ya BBC ivuga ko Julija yari yarasinyanye amasezerano yâubwishingizi nâibigo bigera kuri 5 mu mwaka ushize. Yaje gutabwa muri yombi aho bikekwako yikase ikiganza akoresheje urukero kugirango ibyo bigo bimwishyure miriyoni 700 mu mafaranga yâu Rwanda. […]
Umuturage w’i Burera yatabaje Perezida Kagame amusaba gukemura ibibazo biri muri ADEPR

Umukirisitu wâitorero rya ADEPR witwa Nshimirimana Adrien utuye mu murenge wa Butaro w’Akarere ka Burera, yandikiye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, amusaba kugira icyo akora mu bibazo bigaragara muri iri torero yemeza ko inzego bireba zananiwe kubikemura. Mu ibaruwa Bwiza.com ifitiye kopi, Nshimiyimana usanzwe ari umudiyakoni mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Butaro, avuga ko […]
Wasafi FM ya Diamond Platnumz yahagaritswe byâagateganyo mu minsi 7
Radiyo Wasafi Fm yâumuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz, iri mu n’itangazamakuru byahagaritswe icyumweru cyose bidakora nâurwego rugenzura itangazamakuru muri Tanzania, TCRA . Radiyo ya Diamond cyo kimwe n’ibindi bitangazamakuru byahagaritswe, bishinjwa kwica amabwiriza agenga umwuga wâitangazamakuru muri Tanzania. Tanzania Communication Regulatory Authority yahagaritse Iyi Radiyo mu gihe cyâiminsi irindwi nyuma yo gutambutsa […]
Museveni yiyamye abo mu muryango we bakoresha izina rye mu kwiyamamaza
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yiyamye abo mu muryango we nâabo mu ishyaka rye bakomeje gukoresha izina rye mu kwiyamamariza imyanya imwe nâimwe yâubuyobozi muri Uganda Mu butumwa Museveni yatanze ku munsi wâejo Kuwa Gatanu, tariki 11 Nzeri 2020, ubwo yari mu kiganiro nâAbadepite bâishyaka NRM mu turere twa Mbarara, Sembabule, Isingiro, Kirihura na […]
Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ryâubwumvikane hagati yâ imiryango ibiri, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri yo. Kuba umuntu yatwitira undi (Surrogacy) bikorwa hafatwa intanga zâumugore nâumugabo zigahurizwa muri laboratwari, hanyuma igi rigashyirwa muri nyababyeyi yâundi mugore agatwita, umwana uvutsemo akaba uwa ba nyirâintanga. Mu […]
Sweden yamuritse uburyo bushya bwo kwirinda abajura hifashishijwe USB
Ikigo cyâikoranabuhanga cyâAbanya-Sweden,Yubico, cyashyize hanze agakoresho kâikoranabuhanga kazajya gafasha abantu gucunga umutekano wâibyo bakorera kuri murandasi binyuze kuri mudasobwa na telefone zabo. Inkuru yâikinyamakuru CBNET ivuga ko aka gakoresho kazajya kagura ibihumbi 60 byâamafaranga yâu Rwanda, kakinjizwa muri telefoni ngendanwa cyangwa kuri mudasobwa ahasanzwe hinjizwa USB. Abahanga mu bijyanye nâikoranabuhanga baravuga ko ako gakoresho gafite […]
Nigeria yemeje ko umugabo wafashe umugore ku ngufu azajya akonwa
Inteko Ishinga Amategeko yo muri leta ya Kaduna mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria, yemeje gukoresha ibyuma byo kwa muganga mu gukeba udusabo tw’intanga ngabo, nk’igihano ku bahamijwe n’inkiko gufata abagore ku ngufu. Hafsat Baba, komiseri ushinzwe abagore n’iterambere ry’umuryango muri iyo leta, yavuze ko icyo cyemezo ari inkuru nziza. Yongeyeho ko “bizaca intege” abasambanya […]
Netflix yanyomeje igihuha kuri filimi ‘Escape’ ihuriwemo na Scofield, Professor na Reddington

Urubuga rwa Neflix rwanyomoje amakuru amaze igihe akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko benda gusohora filimi yiswe âEscapeâ ihuriwemo na Michael Scofield wakinnye Prison Break, El Professor yakinnye muri âMoney Heistâ na Raymond Reddington wakinnnye muri âThe Blacklist. Ishusho igaragaza filimi yiswe Escape igisohoka abakunzi ba filimi bahise bakuka imitima bibaza uko filimi ihuriwemo nâibi […]
Menya uduce twâIsi, aho butajya bwira

Abantu benshi ku Isi hari ubwo bifuza ko izuba ryahora riva ariko nyamara ntibishoboke kuko izuba riba rigomba kurenga hakaza umwijima. Ijoro nâamanywa biba bitewe naho Isi igeze yizeguruka yo ubwayo. Iyo Isi yizenguruka biba ngombwa ko mu masaha 12 abantu bamwe baba bari ku rumuri rw’izuba, bivuzeko baba bitegeye izuba ibyo bikitwa amanywa. Naho […]
Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi
Ubuharike nâubushoreke ni kenshi bukunze kumvikana mu mico itandukanye yâabatuye Isi. Gusa ubuharike akenshi bukorwa nâabagabo kuko usanga hari nâibihugu byemerera umugabo gushaka abagore barenze umwe mu mategeko. Mu bisa n’ibitangaje hari ibihugu byemerera abagore gushakana nâabagabo benshi icya rimwe. Tuvuge nkâumugore umwe agashyingirwa abagabo batanu akabyemera bakabana mu nzu, umugore azi neza ko ba […]
Perezida Kagame yitabiriye inama ya OMS yiga ku cyorezo cya Covid-19
Kuri iki gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 10 ya Nzeri 2020, Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame yitabiriye inama yiga ku cyorezo cya Covid-19. Muri iyi nama Perezida Kagame nâabandi banyacyubahiro banyuranye barimo kuganira ku buryo nâingamba zikomeje gufatwa mu gushaka ibikoresho bihangana na Covid -19 kugeza ubu itarabonerwa urukingo. Mu ijambo yagejeje […]
Incamake ku iturika rihambaye (Big Bang) bivugwa ko ariryo ntangiro yâisanzure
Abashakashatsi bashingiye kuri Siyansi bakomeje impaka nâabemera ibyâamadini zishingiye ku nkomoko yâukuri y’isanzure n’uyu mubumbe wâubururu dutuye. Ibi bishingirwa no kuba batumvikana ku nkomoko yâIsi. Abemera Imana bavuga ko ari Rurema yaremye ibyo byose, bigashimangirwa na Bibiliya aho mu gitabo cyâItangiriro igice cya 1, kuva ku murongo wa mbere harimo intambwe zose Imana yateye mu […]
Ak’abitwaza kubahiriza amabwiriza yo kurwanya covid-19 bagahondagura abaturage kashobotse
Polisi yâu Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo batatu bashinzwe umutekano mu nzego zâibanze bashinjwa kwitwaza amabwiriza yo kurwanya Covid-19 bagahohotera abaturage. Abatawe muri yombi harimo ni Sindayigaya Ildephonse, Karangwa Jean Bosco na Ndahiro Elisa bari mu bashinzwe umutekano ku rwego rwâibanze bagaragaye mu mashusho ku itariki ya 8 Nzeri bakubita Tuyisenge Evode, byabereye […]
Ibyamamamare bivugwa ko byagambaniwe nâimbaraga zâumwijima binyuze muri âIlluminatiâ

Mu Isi ya none niba utarabyumvise mu nkuru zâurungano, wabyumvise kuri Radiyo ko hari umuryango uhuriwemo nâibihangange ku Isi bigamije kuyitegeka no kuyiha umurongo ngenderwaho, âIlluminatiâ cyangwa âAbamurikiweâ. Illimunati ni umuryango bivugwa ko ukorera mu bwihisho nyamara imbaraga zâabawugize zikagira uruhare mu guhindura ibintu byinshi ku Isi, cyane ko uhuriwemo nâibyamamare muri buri ruhande rwâubuzima; […]
Ikiganiro âKeeping Up With The Kardashiansâ mu marembera ku mpamvu zâumuryango

Umunyamideli wâicyamamare Kim Kadashian yatunguye abakunzi be avuga ko bagiye guhagarika ikiganiro â Keeping Up With The Kardashiansâ cyari kimaze imyaka irenga 14 gica ku mateleviziyo anyuranye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Keeping Up With The Kardashians ni ikiganiro cyihariye kivuga ku muryango wa Jenner Kris ubusanzwe uzwi nka The Kardashians cyatangiye guca ku […]
Saa Moya ntirwana, ntiyenderanya kandi ntitera impanuka : CP Kabera
Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda yanenze abakomeje kwinubira isaha ya saa moya no kuyikoresha nkâurwitwazo mu makosa yabo ya buri munsi. Mu kiganiro na RBA, CP John Bosco Kabera yanenze abavugwa mu byaha byiganjemo impanuka bafatwa bakavuga ko baba bubahiriza isaha ya saa moya.âAbantu bavuga ngo bakora impanuka barwana nâisaha, isaha ntabwo irwana, isaha ntiyendaranyaâ […]
Uganda: Minisitiri arashinjwa kwica abatamushyigikiye
Minisitiri wâabakozi ba Leta nâumurimo muri Uganda, Mwesigwa Rukutana yajyanwe mu butabera akekwaho icyaha cyo gutoteza no kwica abaturage batamushyigikiye mu matora. Mwesigwa wahoze ayobora Minisiteri yâubutabera ya Uganda bivugwa ibyo byaha akurikranweho yabikoze mu matora yâibanze yâishyaka National Resistance Movement (NRM), amatora yaje no kurangira atsinzwe. Ikinyamakuru The Independent cyandikirwa muri Uganda kivuga ko […]
Shaddyboo yahaye abamukurikira ihurizo ryo gutora igisambo hagati ya Meddy,The Ben, Jay Polly na Bushali

Shaddyboo yatunguye abamukurikira abasaba gutora uwo bakekaho ubujura hagati yâabahanzi bane nyarwanda:The Ben, Meddy ,JayPolly na Bushali. Ibi Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo yabitangaje ku rukuta rwe rwa Instagram rusanzwe rukurikirwa nâabarenga 754. Ubu butumwa bwa Shaddyboo buragira butiâ Ubaye uri kumwe na Meddy , Jay Polly, Bushali na The Ben ukabura telefoni yawe wakeka […]
Covid-19 ituri hafi kubi!_Minisitiri Busingye
Minisitiri wâubutabera akaba nâIntumwa Nkuru ya Leta yâu Rwanda, Busingye Johnston yongeye kwibutsa Abanyarwanda kuba maso no kutajenjekera ingamba zo guhangana na Covi-19. Mu butumwa asanzwe agenera Abanyarwanda binyuze ku rukuta rwe rwa Twitter, Minisitiri Busingye akangurira Abanyarwanda guhorana amakenga no gukomeza guhangana nâicyorezo cyugarije u Rwanda nâIsi muri rusange. Mu butumwa yatanze kuri uyu […]
Alain Cocq mu gahinda nyuma yo kwangirwa gutangaza urupfu rwe âLiveâ
Umufaransa Alain Cocq avuga ko azapfana agahinda gakomeye nyuma yuko Facebook ivuze ko itazemera ko atangaza amashusho yâurupfu rwe imbonankuboneâLiveâ. Cocq yari yaratangiye imyiteguro yo gutangaza imbonankubone urupfu rwe ku rubuga rwa Facebook, aho ku ikubitiro yatangiye gutangaza ukuntu yanga ibiribwa, ibinyobwa nâimiti kwa muganga bamuha. Mu Bufaransa Perezida Emmanuel Macron aherutse kwanga umushinga wâitegeko […]
Misiri ikomeje gushakisha igikombe cya Afurika yatwaye cyibwe

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri (EFA), ryatangije igikorwa cyo gushakisha ibikombe byaryo birimo nâicyâAfurika cyâumwimerere cyatwawe n’Ikipe y’igihugu ya Misiri mu 2010 byaburiwe irengero. Amategeko yâimpuzamashirahamwe yâumupira wâamaguru ku isi FIFA avuga ko utwaye igikombe kimwe mu bikinirwa muri Afurika incuro eshatu zikurikirinya ahabwa icyâumwimerere nyuma hagakorwa ikindi. Nyuma yâuko Misiri yegukanye icyo gikombe inshuro […]
Abasirikare ba Niger barashinjwa kwica abasivili 70 ku maherere
Akanama k’uburenganzira bwa muntu ko muri Niger, kashinje abasirikare bâiki gihugu kwica abaturage 70 ku maherere, mu bikorwa ingabo za Niger zirimo byo kurwanya imitwe yâiterabwoba. Aka kanama kavuze ko katahuye imirambo irenga 70 mu byobo rusange bitandatu mu karere ka TillabĂ©ri kari mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’igihugu. TillabĂ©ri gasanzwe ari akarere kibasiwe n’ibikorwa by’urugomo […]
Tom Ndahiro yihanije abamugereranya na Ngeze Hassan wakanguriye abantu gukora Jenoside
Umushakashatsi ku byaha bifitanye isano na Jenoside, Tom Ndahiro, yihanije abakoresha imbuga nkoranyambaga bamugereranya na Ngeze Hassan wakoraga kuri Radio RTLM wakanguriye abantu gukora Jenoside yakorewe Abatutsi . Mu kiganiro Tom Ndahiro yagiranye nâumunyamakuru Popote Janvier kiri kuri Popote TV, yavuze ko atumva neza impamvu umuntu urwanya Jenoside ashobora kugereranwa nâumuntu wakanguriye abandi kuyikora. Yagize […]
Amafoto yâabakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi

Amafoto yâumunyamideli akaba nâumuhazi Eudoxie Yao ufite ubunini budasanzwe nâumukunzi we Grand P, akomeje kuvugisha benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga. Inkuru yâurukundo rwa Eudoxie ukomoka muri CĂŽte d’Ivoire na Grang P ukomoka muri Gunea, yatangiye gusakara ubwo ikinyamakuru Afrique sur 7 cyabakoragaho inkuru muri Nyakanga uyu mwaka. Grand P usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi, yavuze ko […]
Minisitiri Busingye yamaganye iraswa ryâimfungwa rikomeje gukorwa na Polisi yâu Rwanda
Minisitiri wâUbutabera akaba nâIntumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnson, yamaganye iraswa ryâimfungwa rikorwa na Polisi y’Igihugu rikomeje kugaragara mu Rwanda, yizeza abaturage ko Minisiteri ayoboye igiye gukora iperereza ku babigizemo uruhare. Yabitangaje mu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kumvikana iraswa ry’abantu Polisi isobanura ko baba bagerageje kuyitoroka cyangwa kuyirwanya. Mu Butumwa Minisitiri Busingye […]
Nyarugenge: Polisi yarashe umujura washatse kwiruka ngo ayicike
Polisi yâIgihugu yatangaje ko yarashe umusore witwa Munyaneza Boy wari ufungiye ku Kimisagara wagerageje gutoroka yerekeza mu mugezi wa Mpazi ubwo yari asohotse abeshye ko agiye mu bwiherero. Munyaneza yari yatawe muri yombi akurikiranyweho gupfumura inzu no kwibisha icyuma, afungirwa ku Rwunge rwâAmashuri rwa Kimisagara. Polisi yâIgihugu yatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa […]
Karongi: Abakozi bâibitaro bya Kirinda basanzwe bifungiranije banywa inzoga
Mu ijoro ryakeye mu Murenge wa Murambi ho mu karere ka Karongi, hafatiwe abantu batanu barimo nâabakozi bâibitaro bya Kirinda bifungiranije mu rugo rwâumuturage banywa inzoga. Abo bakozi barimo nâabaganga, bafashwe ahagana saa tanu zâijoro, nyuma yâamakuru yari yatanzwe nâabaturage mu ma Saa moya n’Igice avuga ko bari bikingiranye mu kabari banywa inzoga. Abafashwe ni […]
Umunya-Maroc wabyaye abana 1,171 ayoboye urutonde rw’ababyaye abana benshi ku Isi
Muri iyi minsi kubyara abana benshi bisa naho bitakigezweho, ibi bishingira ku kuba umubare wâabatuye Isi ugenda uruta kure ubushobozi bwâabayituyeho, haba mu mirire nâibindi byose nkenerwa mu kwita ku buzima. Cyakora cyo n’ubwo bimeze gutyo, hari benshi babayeho mu mateka y’Isi babyaye batizigama, ku buryo hari n’abagejeje ku bana 1000. Muri iyi nkuru tugiye […]
Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
Mu rwego rwo kunoza imikorere yâibigo bya Leta hagamijwe gukoresha neza umutungo wayo, Guverinoma yâu Rwanda yakoze amavugurura ahuza ibigo byari bisanzwe biriho ibindi bikurwaho . Kuri uyu wa Gatanu, mu igazeti ya Repubulika yâu Rwanda, hasohotsemo iteka rya Perezida wa Repubulika rihuza, rikanasimbuza ibigo bya leta byari bisanzweho, mu gihe ibindi bizakomeza inshingano zabyo. […]
Urutonde rwâibyanya buri muntu utuye Isi yifuza gusura kubera ubwiza byihariye(Amafoto)

Mu buzima umuntu agira intego, ahanini abakunda gutsinda ni abahorana intego yo guhora iteka bari imbere. Ubukerarugendo ni imwe mu nkingi mwikorezi zigize ubukungu bwâibihugu byâIsi. Tugiye kurebera hamwe ibice nyaburanga bikunzwe cyane ku Isi (The 7 Wonders of the World ). Ni urutonde rukorwa nâikinyamakuru Forbes rushingiye ku kuntu ibi bice bisurwa nâabamukerarugendo buri […]
Namibia: Imbwa zigiye kwifashishwa mugusuzuma Covid-19
Kaminuza ya Namibia ibinyujije mu ishuri ryayo ryigisha ubuvuzi bwâamatungo yatangiye gutoza imbwa zizajya zihunahuna zikamenya umurwayi wa Covid-19. Intego ni ukohereza izo mbwa ku bibuga by’indege no ku mipaka nk’uko ikinyamakuru The Namibian kivuga . Umuhanga , akaba nâumwarimu muri iyi Kaminuza ya Namibia , Conrad Brain avuga ko ubu buryo bwo kwifshisha imbwa […]
Mu manza ziregwamo Dr. Habumuremyi hiyongereyeho urwa Kiliziya Gatolika
Tariki 3 Nzeri nibwo hakomeje iburanishwa ryâ urubanza Arikidiyosezi ya Kigali iregamo iyahoze ari Kaminuza ya Christian University of Rwanda, ihagarariwe Dr. Habumuremyi Pierre Damien, niurubanza rwakomeje ababuranyi bose badahari. Impande zombi zari zihagarariwe n’ababunganira mu mategeko Ni urubanza rwâikirego cyihutirwa, gisaba gufatira imitungo yimukanwa ya Christian University of Rwanda kugira ngo igihe Arikidiyosezi Gatolika […]
Nyamasheke: Uburyo bushya bwo guhashya Covid-19 bwari bwivuganye Motari

Mwijoro ryo kuwa 2 Kamena 2020 abakora irondo ryâumwuga mu Kagari ka Rushyarara mu murenge wa Karambi saa moya zuzuye bivugwa ko bateze ingiga mu muhanda bagamije guhangana nâabamotari barenza isaha yogutaha. Amakuru ava i Nyamasheke avuga ku ikubitiro umutego wâabanyerondo wafashe uwitwa Athanase Munyentwari wari uvanye umugenzi ku Cyivugiza atashye bumwiriraho. Umuturage ufitanye isano […]
Umuririmbyi Akon agiye kubaka umujyi wâibirahuri muri Afurika(Amafoto)

Umuhanzi Aliaune Badara Thiam wamenyekanye nka Akon agiye gushyira mu bikorwa umushinga yise Akon City uzarangira Afurika yungutse umujyi w’akataraboneka. Akon bivugwa ko uyu mujyi agiye kuwubaka mu gihugu cye cyâinkomoko cya Senegal, imirimo yo kuwubaka ikazatangira muri Gashyantare 2021. Uyu mushinga bivugwa ko uzatwara miliyari 6 zâamadolari yâAmerika, Akon avuga ko uhenze adashobora kuwushyira […]
Umugore yafatiwe mu cyuho agurisha uruhinja rwe 8,000 frw
Ababyeyi benshi ku isi bavuga ko umwana ari cyo kintu gikomeye ku mubyeyi ashobora kwitangira kugeza no mu rupfu, gusa siko byagenze kuri Winnie Rose Mumbe wo muri Kenya wafashwe agurisha uruhinja rwe atagera no ku bihumbi 10 byâamafaranga yâuRwanda. Kuri uyu munsi nibwo amakuru yitabwa muri yombi rya Winnie Rose Mumbe wagurishijwe umwana we […]
Slay Queen yarohamye arapfa ubwo yifotorezaga hejuru yâisumo
Dorcas Jepkemboi wâimyaka 31 yâamavuko yahanutse mu isumo arapfa ubwo yageragezaga gufatira ifoto hejuru yâumugezi wa Chepkiit ho muri Kenya. Inkuru ya The Standard ivuga ko ibi byabaye ku Cyumweru ubwo Dorcas Jepkemboi nâumukunzi we Benjamin Kazungu bari basohokoye ku sumo ryâumugezi wa Chepkiit riherereye mu gace ka Nandi mu burasirazuba bwa Kenya. Benjamin Kazungu […]
The Rock nâumuryango webasanzwemo Covid-19

Umukinnnyi wa filimi Dwayne Johnson wamenyekanye nka “The Rock” yatangaje ko we n’umuryango we bose banduye Covid-19. Uyu mugabo wahoze akina umukino wo gukirana (wrestling), akaba ubu ari we mukinnyi wa cinema winjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku isi, yavuze ko we n’umugore we n’abakobwa be babiri banduye iyi virusi. The Rock kandi yavuze ko […]
Imyiteguro yo kugaburira abana bose mu mashuri irarimbanyije

Ikigo cyâigihugu gishinzwe uburezi, REB, kirasaba ababyeyi kwitegura gushyigikira gahunda ya Leta yo kugaburira abanyeshuri bo mu mashuri abanza nâayisumbuye mu gihe izaba itangiye gushyirwa mu bikorwa. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo Minisiteri yâUburezi (MINEDUC) ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yatangaje ko nyuma yo kubaka ibyumba byâamashuri, kuri ubu imirimo yo kubaka ibikoni […]
Possible yise Social Mula igisambo bapfa indirimbo ‘Marigarita’
Umuhanzi Possible arashinja Social Mula kumwiba indirimbo ye Margarita yari imaze imyaka isaga 4 ikozwe ibintu Possible agereranya no konka amaraso yâumukene. Hashize umunsi umwe, Mugwaneza Lambert uzwi nka Social Mula ashyize hanze indirimbo nshya yise âMarigaritaâ, ishushanya umukobwa ukunda kwinywera umuvinyo akanga âbyeriâ urunuka yanga ko yazatumayongera ibiro. Ni indirimbo yumvikanisha uyu mukobwa nkâukunda […]
Ivuguruye Kayonza: Umwana wibwe mu rugo rwa sekuru yasanzwe yishwe n’umugabo wa nyina
Umwana w’imyaka itatu wari wibwe mu murenge wa Kabarondo ho mu karere ka Kayonza mu ijoro ryakeye, yabonetse yishwe n’umugabo wa nyina wemeje ko ari we wamwishe akamushyingura mu nsi y’igiti. Byabereye mu mu Mudugudu wa Cyinzovu, Akagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo. Uwo mwana akimara kubura mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, […]
Nyuma yo gutera ivi, Fireman yasangije abakiri bato inkuru ye yuzuye impanuro
Umuraperi Uwimana Francis wamenyekanye nka Fireman mu itsinda rya Tuff Gang yasangije abakunzi be inkuru yâubuzima bugoye yanyuzemo akimara kubura ababyeyi be nâuburyo yivugira ko Imana yongeye kumuhitishamo atakongera guhitamo ubuzima bwo kwamamara. Uyu muraperi yavutse muri Mutarama 1991. Mbere gato y’uko avuka, Se yapfuye. Ubwo nyina yari kwa muganga yaje guhura nâikibazo mu kubyara […]
EALA: Abadepite baraburana agahimbazamusyi ka miliyoni $ 2 batahawe
Abadepite b’inteko ishingamategeko ya Afurika yâIburasirazuba(EALA) bakomeje gutakambira Ubunyamabanga bw’uyu muryango babusaba kubaha agahimbazamusyi ka miliyoni 2 zâAmadorari batahawe. Aba badepite bavuga ko inama bakoze kuva muri Werurwe hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya Covid-19, Ubuyanyamabanga bwâuyu muryango butarabishyura amafaranga yâagahimbazamusyi kagera kuri miliyoni 2 zâamadorari. Hashize igihe kinini mu muryango wa Afurika yâIburasirazuba havugwa ibibazo […]
Uganda: Ikosa rimwe Bobi Wine yakoze rishobora kumwima amahirwe yo kuyobora igihugu
Umukandida wâishyaka National Unity Platform, Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine ashobora gukurwa ku rutonde rwâabemerewe gutorerwa kuyobora Uganda biturutse ku ikosa yakoze ryo kubeshya imyaka ye yâamavuko. Umucamanza Mukuru wâUrukiko rwa Wakaso, Male Mabirizi avuga ko ibyangommbwa byâamavuko Bobi Wine yatanze muri Komisiyo yâamatora bitandukanye nâibiri ku mpamyabumenyi afite. Kubwâibyo umucamanza Mabirizi yategetse ko […]
Mu mitoma iteye Ubwuzu Knowless yifurije umugabo we Clement isabukuru nziza

Kuri uyu Munsi tariki 1 Nzeri nibwo Ishimwe Clement yizihiza isabukuru yâamavuko, yatunguwe nâamagambo yâurukundo yavuzwe nâumugore we Knowless amwifuriza isabukuru nziza. Buri tariki ya 1 Nzeri, umuyobozi wâinzu itunganya umuziki ya Kina Music, Ishimwe Clement yizihiza isabukuru yâamavuko, akaba ari inshuro ya 5 ayizihije ari kumwe na Butera Knowless nkâumugore nâumugabo. Mu butumwa yashyize […]
Karongi: Umagabo ukekwaho kwica se nâundi muntu umwe yijyanye muri RIB
Umugabo wâimyaka 43 yâamavuko ukekwaho kwica se nâundi muntu umwe ku Cyumweru tariki 30 Kanama, yishyikirije Urwego rwIgihugu rwâUbugenzacyaha RIB, ishami rya Bwishyura mu karere ka Karongi. Inkuru yatangajwe na IGIHE, ivuga ko uyu mugabo uri mu kigero cyâimyaka 43, yashakishwaga nâubutabera bumukekaho icyaha cyo kwica se Gumuriza Isaac wâimyaka 81, nâundi mugore wâimyaka 61 […]
Zimwe mu mpamvu zatumye Isoko rya Kigali ryemerwa gufungura ku wa Kane

Mu itangazo ryâUbuyobozi bwâumujyi wa Kigali ryashizwe ahagaragara ku munsi w’ejo ni ryo ryavuze ko isoko rya Kigali City Market rirafungura imiryango kuri uyu wa 3 Nzeri 2020. Iri tangazo ryâUmujyi wa Kigali rivuga ko abakoreraga muri ayo masoko yari yarafunzwe bapimwe, nâabo bahuye na bo bagakurikiranwa ndetse nâinyubako zigaterwa umuti wica udukoko. Ubuyobozi bwâisoko […]
Abana bâimpanga bavukiye amezi atanu muri Roi Faisal basezerewe
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kamena 2020 mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal habereye umuhango wo gusezerera abana bâimpanga bavukiye amezi atanu. Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rwâibitaro byitiriwe Umwami Faisal avuga ko aba bana bavutse muri Gicurasi ubwo buri umwe yapimaga amagarama 500 gusa. Nyuma yâamezi atatu bari bamaze mu bitaro bitabwaho nâabaganga […]
Rusesabagina ukurikiranweho guhungabanya umutekano wâu Rwanda ni muntu ki?
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 31 Kanama ni bwo Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha byo guhungabanya umutekano wâu Rwanda binyuze mu mitwe ya MRCD, FLN na PDR Ihumure irwanya ubutegetsi bwâu Rwanda Amateka ya Rusesabagina Paul Rusesabagina yavutse tariki ya 15 Kamena 1954, avukira i Murama. Akirimuto […]
Yanga Day: Harmonize yigaragarije abafana nka Para-Komando (Amafoto na videwo)

Umuhanzi Rajabu Abdul Kahali uzwi nka Harmonize cyangwa Konde Boy yatunguye abakunzi ba Yanga amanukira ku migozi nkâabasirikare bo mu kirere yitegura gutaramira abitabiriye igitaramo cyâumunsi wa Yanga cyabereye kuri Benjamin Mkapa Stadium. Ni ibirori byabaye ku munsi wâEjo ku Cyumweru bibera kuri Benjamin Mkapa Stadium mu mugi wa Dar es Salaam byitabiriwe nâuwahoze ari […]
Umuhanzikazi Toni Braxton abababazwa no kuba atarasambanye kenshi akiri muto
Toni Braxton Michelle wamamaye mu muziki nka Toni Braxton, yatangaje ko yicuza bikomeye kuba atarakoze kenshi imibonano mpuzabitsina mu gihe cyâamabyiruka ye ndetse ngo anishimishe anywa inzoga nyinshi. Yabitangarije mu kiganiro yahaye The Guardian, aho yagize ati: âNdicuza kuba ntarasambanye kenshi mu gihe nari nkiri muto. Mba naranyoye inzoga nyinshi. Mba naragiye mu birori byinshi, […]
Amateka ya Ellen Gould White washinze idini ryâAbadivantisiti bâumunsi wa 7
Niba warigeze usoma ibitabo byâabadivantisiti bâumunsi wa karindwi byanze bikunze izina Ellen White si ubwa mbere uryumvise. Ni umuhanuzi Abahuje imyemerere na we bemeza ko yavukiye guhishura ukuri kwari kwarapfukiranwe nâidini yâikinyoma. Byinshi kuri we biri muri iyi nkuru twateguye twifashishije inyandiko ya Britanica.org Amateka ya Ellen White Amazina yiswe nâababyeyi be ni Ellen Gould […]