Amapawundi 8,200 yagenewe gutera inkunga Karasira Aimable ntaramugeraho

Karasira Aimable aratangaza ko n’ubwo amafaranga yagenewe kumushyigikira nyuma yo kwirukanwa ku kazi ataramugeraho, ubishoboye wese washimye igikorwa yakoze ko yakomeza kumushyigikira. VIDEO : Sinzanga inkunga ya FPR cg RNC | Inama nagira ibigarasha nibamanuke | Ikiganiro na Karasira Aimable Ibi Karasira Aimable yabitangarije Bwiza TV kuri uyu wa Gatandatu mu kiganiro Isanzure ubwo yamusuraga […]

DJ Pius na Bruce Melody basuye wa mukecuru wamamaye mu mvugo ‘abakobwa bafite ubushyuhe’

Nyuma y’inkuru zatambutse mu bitangazamakuru mu itangazamakuru umukecuru witwa Nyiramarondo wamamaye mu mvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuye’ asaba Bruce Melody na Deejay Pius kumuremera, Kuri uyu wa Gatanu aba baririmbyi bafashe icyemezo cyo kujya kumusura aho atuye ku Gisagara mu ntara y’amajyepfo. Nyiragondo Espérance w’imyaka 90 y’amavuko yaganirije Bruce Melody na mugenzi we Pius ubuzima yabayemo […]

Col Besigye yaburiye abarimo Bobi Wine ko gutsinda Museveni bitoroshye

Umuyobozi w’ishyaka (FDC) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Col Dr. Kizza Besigye, yabwiye abateganya kwiyamamariza kuyobora Uganda ko kugira ngo batsinde Museveni bazasabwa imbaraga zidasanzwe, kuko ngo amuzi nk’umuntu utoroshye. Ibi Besigye yabitangarije itangazamakuru ryamubazaga uburyo azakoresha mu gushyigikira abahanganye na Museveni mu matora yo muri Mutarama umwaka utaha. Besigye yibukije abakandida bazahangana na Museveni […]

UN yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse ku bashaka kwivugana Dr. Mukwege

Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye riharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Michelle Bachelet yasabye guverinoma ya Congo/Kinshasa gukora iperereza ryimbitse ku bakekwaho gutera ubwoba Dr. Denis Mukwege. Inkuru zimaze iminsi zitangazwa ko uyu muganga wanahawe igihembo cyitiriwe Nobel, yaba yugarijwe n’abantu bakomeje kumutera ubwoba ko bazamwica. Iterabwoba rikorerwa uyu muganga ryongeye kubura ubwo yatangazaga ibikorwa bya kinyamaswa n’ubwicanyi bwaguyemo […]

Urutonde rw’abanyarwenya 10 bigaruriye imitima y’Abanyarwanda bakoresha imbuga nkoranyambaga

Uko iterambere ry’ikoranabuhnga rikomeje kwiyongera ni nako rigenda rirushaho kuzamura impano nziza z’abantu zakabaye zarapfukiranwe. Ibi bishingira ku kuba kuri izi mbuga nta muntu kamara uba uhari ari nayo mpamvu umunyempano mu Bweyeye i Rusizi n’uri i Brooklyn muri Amerika bashobora guhuza impano zabo zikameyekana nk’uko nabo bashobora kumenyana. Uyu munsi twifashishije ikinyamakuru The New […]

Leta y’u Burundi yasabye u Rwanda kwemerera impunzi zose gutaha

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu mu Burundi, Petero Nkurikiye yasabye ko u Rwanda rwakwihutisha gahunda yo kurekura impunzi zose z’Abarundi ziri mu Rwanda zigataha. Ni icyifuzo yatangarije itangazamakuru nyuma yo kwakira abarenga 500 bagiye ku ikubitiro kuwa 27 Kamena 2020. Inkuru ya TV1 ikomeza ivuga ko impunzi z’Abarundi ziba mu Rwanda umubare wazo munini […]

Gakenke: Meya yasabye abarimu bose gukora nk’abakangurambaga bo kurwanya Covid-19

img-20200828-wa0059.jpg

Umuyobozi w’akarere ka Gakenke yatanze amabwiriza ku bayobozi b’imirenge yose igize ako karere gutanga umusanzu wabo mu guhangana n’icyorezo Covid 19. Mu ibaruwa irambuye umuyobozi w’akarere Nzamwita Deogratius yandikiye abanyamabanga nshingwabikorwa bose b’imirenge igize akarere ka Gakenke, yabasabye gukora urutonde rw’abarimu bose babarurwa mu murenge, abasaba ko babashyira mu bagomba kwitabira gahunda z’ubukangurambaga bwo kurwanya […]

Njye mpora mu mwuka w’abazimu batazima- Rutangarwamaboko

Rutangarwamaboko yiyemereye ko asenga abazimu , anashimangira ko kuri we gusenga Imana ya Aburahamu usize iya sogokuru wawe ari ubuyobe bukabije Abanyarwanda binjijwemo n’abazungu Mu kiganiro yagiranye na Bwiza Tv Chanel Rutangarwamaboko yagarutse kuri bimwe umuco wabazungu wangije mu muco nyarwanda harimo n’iyobokamana nyarwanda ryaryamiwe n’iyobokamana ry’abazungu. Bimwe mubyo impuguke Rutangarwamaboko agarukaho, harimo gusenga Imana […]

R. Kelly yasabiwe gufungurwa nyuma yo gukubitirwa muri gereza

Umunyamategeko Steve Greenberg wunganira umuririmbyi Robert Sylvester Kelly wamamaye nka R. Kelly mu rubanza ashinjwamo gufata umugore ku ngufu, yamusabiye guhita arekurwa nyuma yaho bigaragaye ko akomeje guhohotererwa muri gereza n’imfungwa bafunganwe Inkuru ya TMZ ivuga ko Steve Greenberg yavuze ko umukiriya we yasagariwe muri gereza ya Chicago aho afungiye,mu gihe ategereje urubanza ku birego […]

Ifoto idasanzwe y’inka yimuwe mu ndege yatumye imbuga nkoranyambaga zihungabana

Guhera mu cyumweru gishize hatangiye gucicikana ifoto y’inka iri mu kirere iziritse imigozi, ku buryo abantu benshi babyibajijeho kuko batiyumvishaga impamvu inka ishobora gutwarwa gutyo. Iyi nka ni imwe muzororwa n’aborozi bo mu misozi ya Alps iherereye mu Burayi bwo hagati igakora ku bihugu nk’u Bufaransa, u Butaliyani n’u Budage. Buri mwaka iyo bigeze mu […]

Uganda: Abadepite 2 bari bivuganye Minisitiri Imana ikinga akaboko

Minisitiri ushinzwe uburobyi Christine Andoa yasebeje abadepite babiri mu mbwiraruhame yatangiye i Kayunga bahita batangira kumukubita kugeza abashinzwe umutekano babakijije. Ubwo hafungurwaga ku mugaragaro ibikorwa by’uburobyi mu kiyaga cya Kiyaga cya Kyoga giherereye mu gace ka Kayunga, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe uburobyi muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ya Uganda, Christine Andoa yagiranye amakimbirane n’abadipite babiri bari […]

Japan: Minisitiri w’Intebe agiye kwegura ku bw’ubuzima bwe butameze neza

Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe biteganyijwe ko yegura kuri iki gicamusi, aho avuga ko ubuzima bwe butakimwemerera kuzuza ishingano yatorewe n’abaturage. BBC yatangaje ko Minisitiri Shinzo arwaye indwara yo mu bwoko bwa ulcerative colitis, ifata mu mara, bituma akenshi aba arwaye ntabashe gukora akazi uko bikwiye. Igitangazamakuru cya Leta y’u Buyapani NHK cyatangaje ko […]

Ikamba rya Notorious n’amabaruwa 2Pac yandikiye umukunzi we biragura umugabo bigasiba undi

Ikamba umuhanzi Notorious yambaraga n’amabaruwa 2Pac yandikiye umukunzi we mu bihe bitandukanye yashyizwe ku isoko, aho biteganyijwe ko uzagura kimwe muri ibi bikoresho agomba kwishyura amadorari atari munsi ya 60,000 na 300,000. Tupac Amaru Shakur (2 Pac) na Christopher George Latore Wallace wamenyekanye nka Notorious B.I.G ni amwe mu mazina atazibagirana mu mateka y’umuziki by’umwihariko […]

Amateka ya Baden Powell, umwe mu bagabo bagize amazina menshi ku Isi

Baden Powell ni umwe mu bagabo bagize uruhare runini mu guhindura imitekerereze y’abantu mu binyejana 2 byashize. Azwi kandi nk’umusirikare ukomeye w’ubwami bw’Ubwongereza mu gihe cye, yarwanye intambara nyinshi arwanira igihugu cye, ibi byose akabikora abihuza n’ibindi bikorwa bihuriza hamwe urubyiruko, ari nabyo byaje kubyara umuryango ukomeye w’aba Scout ku Isi yose. Ubutwari n’ibigwi byaranze […]

Nta modoka igomba guhaguruka muri gare hejuru ya saa 18H00: RURA

Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA, ruraburira abatega imodoka rusange ko nta modoka n’imwe yemerewe guhaguruka muri gare hejuru ya Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Biri mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza yasohotse mu byemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye ejo tariki 26 Kamena 2020, agenga ikumira ry’ubwandu bushya bw’icyorezo cya koronavirusi. RURA yaburiye abagenda mu modoka rusange ko […]

Trump yasabye Biden bahanganye kwipimisha kubera kumukekaho gukoresha ibiyobyabwenge

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Joe Biden bazaba bahanganye mu matora y’Umukuru w’Igihugu kubanza kwipimisha ingano y’ibiyobyabwenge afite mu mubiri mbere yo guhurira na we mu biganiro mpaka, ngo kuko akeka ko yaba abikoresha. Perezida Trump yabitangarije ikinyamakuru The Washington Examiner gisanzwe gikoranira bya hafi n’ishyaka ry’aba-Republican abereye umukandida-perezida, mu […]

New Zealand: Uwarasiye abarenga 50 mu misigiti yabaye uwa mbere uhawe igihano kiremereye

Nyuma yaho ahamijwe icyaha cyo kurasira abagera kuri 51 mu misigiti itandukanye, Brent Tarrant yahanishijwe gufungwa burundu no gukurirwaho imbabazi zidasanzwe yahabwa n’umukuru w’igihugu mu gihe yitwaye neza muri gereza. Kuri uyu wa Kabiri Urukiko rwo muri New Zealand rwakatiye umunya Autriche Brent Tarrant , ni nyuma yoguhamwa n’icyaha cyo kwica agambiriye abantu 51 bari […]

Kamonyi: Yafashwe yarashinze iduka ricuruza inzoga n’urumogi

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 52 ukurikiranweho gushinga iduka ricuruza inzoga n’urumogi. Amakuru dukesha Polisi y’u Rwanda avuga ko uwatawe muri yombi ari uwitwa Niyonsaba Jean Paul w’imyaka 52. Uyu ngo ubwo abapolisi bageraga aho akorera ubucuruzi bwe basanze ari gucuruza inzoga muri butike saa […]

USA: Umwirabura yarashwe amasasu 7 na Polisi, imyigaragambyo yongera kubura

Muri Amerika, imyigaragabyo y’abaharanira uburenganzira bw’abirabura yongeye kubura nyuma y’aho ku cyumweru tariki ya 23 Kanama 2020, umunyamerika w’umwirabura witwa Jacob Blake yarashwe amasasu 7 na polisi ikorera muri Leta ya Wisconsin, aho yari akurukiranweho icyaha cyo guhohotera umukunzi we. Rusten Sheskey, umupolisi ukorera mu gace ka Kenosha warashe Jacob Blake, yavuze ko ubwo Blake […]

IRMCT yatangaje ko Kabuga Félicien aroherezwa i Arusha vuba

Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwashiriweho gukurikirana imanza n’ibyaha byasizwe n’urukiko mpuzamahanga rwashiriweho u Rwanda (IRMCT) yavuze ko bitarenze Ukwakira 2020, Kabuga Félicien ashobora koherezwa i Arusha. Ibi umushinjacyaha wa IRMCT, Serge Brammertz yabitangarije i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Kanama 2020, aho yaje gushaka ibimenyetso byiyongera ku bishinja Kabuga, hamwe n’andi makuru yafasha gushakisha […]

Ibigwi by’Umwami w’Abami, Constantine n’uko yaje kubatizwa ntibivugweho rumwe

Umwami w’Abami, Constantine I, waje guhabwa izina ry’umwami rya Costantine the Great yayoboye Ubwami bw’Abami bw’Abaromani mu kinyejena cya gatatu, avugwa cyane mu mateka ya Gikristu nk’umwami wa mbere mu bami ba Roma waje kubatizwa akemera amahame ye Gikiristu, uyu kandi anafatwa nk’uwagize uruhare rukomeye mu guhindura Roma abantu benshi bazi ubu nk’icyicaro gikomeye cy’ubukiristu […]

Amadeni yaje nk’imbogamizi nshya ibuza impunzi z’i Mahama gutaha

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama ziravuga ko ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, ririmo kubasaba kubanza kwishyura amadeni babereyemo bagenzi babo mbere yo gutaha mu gihe ubushobozi bwabo nabwo bushidikanwaho. Inkuru ya TV10 ivuga ko UNHCR irimo gusaba abashaka gutaha kubanza kwishyura amadeni bafitiye bagenzi babo kandi ngo nta bushobozi bafite. UNHCR […]

Menya imishahara y’Abakuru b’Ibihugu mu Karere

Abantu benshi bakunze kugira amatsiko ku mishahara y’abantu bokorera Leta mu nzego zo hejuru cyane ko biba bigoye kumenya ingano y’imishahara yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ingano y’umushahara wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Tanzania, Uganda, Burundi, Kenya, Sudani y’Epfo na Repubulika iharanira Demokarasai ya Congo. Iyi mishahara twayiteguye tugendeye ku mateka y’aba […]

Byinshi wamenya ku bahowe Imana b’i Buganda bishwe urw’agashinyaguro bazira imyemerere

Abahowe Imana b’i Buganda ni itsinda ry’abantu 45 bo mu idini ya Angilikani n’Abagatolika bishwe ku ngoma ya Kabaka Mwanga, hagati y’umwaka w’1885 n’1887. Abangilikani muri aba bari 23, naho 22 bari Abagatolika. Tariki ya 18 Ukuboza 1964 ni bwo Papa Paul VI yabinjije mu batagatifu Kiliziya Gatolika yiyambaza. Buri Mwaka tariki ya 3 Kanama, […]

Urutonde rw’ibihugu 10 bitarageramo Covid-19 ku Isi

Kuva mu mpera za 2019 kugeza ubu Isi yose ihanganye n’agakoko gashya ko mu bwoko bw’udutera ubicurane ka Coronavirus, abahanga mu by’ubuzima bavuga ko iyi ndwara nshya yadukiye mu Bushinwa ifite imbaraga n’ububasha bwo gukwirakwira byihuse ku isi. Ibi binatuma imaze kuzenguraka hafi Isi yose mu gihe kitagera no ku mwaka. Bu bihugu bivugwamo ko […]

Biravugwa ko Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un arembye bikomeye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, ibinyamakuru byo muri Koreya y’Epfo bizindutse bitangaza ko Perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru arembye bikomeye . Inkuru ya TMZ ivuga ko Perezida Kim yafashwe n’uburwayi butunguranye kuva mu ntangiro z’uyu mwaka, aho abamukurikiranira hafi bemeza ko igihe cye kinini asigaye akimara mu bitaro. Chang Song-min […]

Producer Fayzo ufite Se wishwe na Covid-19 yatanze ubuhamya butera benshi intimba

Tuyishimire Faysal Hassan uzwi nka Fayzo Pro yatanze ubuhamya ku buzima bwuje uburibwe se yanyuzemo mbere yo kuba umwe mu bantu 12 bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda. Mu bukangurambaga bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangije bwo gukangurira abantu kwirinda Covid-19 hifashishijwe abayikize n’abayirwaje. Kuri iki cyumweru, Producer Fayzo yatanze ubuhamya burambuye ku buzima […]

Mali: Itsinda ry’abasirikare rirashaka kurekura ubutegetsi nyuma y’imyaka itatu

Itsinda ry’abasirikare riherutse guhirika ubutegetsi muri Mali , ryavuze ko ryifuza kuyobora inzibacyuho y’imyaka 3 no guhita rirekura Perezida Ibrahim Boubacar Keita wari umaze igihe kigera ku cyumweru afungiwe mu kigo cya Gisirikare. Inkuru y’Ibiro Ntaramakuru AFP ivuga ko amakuru atangwa n’umwe mu bahuza boherejwe n’umuryango uhuza Afurika y’Iburengerazuba CEDEAO, agaragaza ko abasirikare bahiritse ubutegetsi […]

Oedipus yishe se, arongora nyina_Byinshi ku ihame ryamwitiriwe

Inkuru y’umwami Oedipus iboneka cyane mu nkuru z’Abagiriki bo ha mbere. Oedipus avugwamo nk’umwana w’umuhungu wahanuriwe n’umupfumu ko azica se amuziza gukunda nyina cyane no kurarikira kuryamana nawe. Ibi byamuvuzweho byaje kuba impamo aho yakomezaga kwigarurirwa n’amarangamutima yo gukunda no kurarikira nyina cyane. Ibi byatumye agirira se urwango rudasanzwe, ndetse amateka ye avuga ko byarangiye […]

OMS yijeje abatuye Isi ko Covid-19 izaba yacitse burundu bitarenze 2022

Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) yijeje abatuye Isi ko mu myaka itarenze 2, icyorezo cya korona Virusi kizaba cyacitse burundu. Mu kiganiro yatangiye i Genève mu Busuwisi ejo ku wa Gatanu, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko ashingiye ku rugero rw’icyorezo cy’ibicurane cyiswe ‘Spanish flu’ cyo mu mwaka wa 1918 cyatwaye imyaka […]

Depite Mukabunani yavuze ko leta idafite ubushobozi bwo kugaburira abanyeshuri bose

Umuyobozi w’ishyaka PS Imberakuri, Hon. Christine Mukabunani yavuze ko gahunda yo kugaburira abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye ku mashuri idashoboka, asaba Leta ko amafaranga yateganyirizwaga yakoreshwa ibindi bizamura umuturage. Mu kiganiro Depite Christine Mukabunani yagiranye na Bwiza.com yagarutse ku burezi mu Rwanda nk’imwe mu nkingi nyamukuru ishyaka PS Imberakuri abareye umuyobozi rishingiyeho. Abajijwe kubijyanye […]

UN yasabye ibihugu kwihutisha itangira ry’amashuri

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangajeko gukomeza gufunga amashuri ku bana bifite ingaruka nyinshi kurusha uko yafungurwa hagakazwa ingamba zo kwirinda. Mu bihugu bitandukanye by’Isi byagiye bifata ingamba zo gufunga amashuri nka bumwe mu buryo bwiza bwo kugabanya ikwirakwira rya Covid-19. Mu Rwanda amashuri yafunzwe muri Werurwe 2020 kugeza muri Nzeri 2020. Ishami […]

Ibivugwa kuri Mpandeshatu ya Bermuda, abenshi bizera ko ari irembo rijya ikuzimu

Mpandeshatu ya Bermuda (Bermuda Triangle) hari n’abayita Mpandeshatu y’Ikibi (Devils ‘Triangle) ni agace kari mu Nyanja rwagati ya Atlantic. Ni agace gahuza Miami, Bermuda na Puerto Rico. Inyandiko nyinshi zivuga ibitandukanye kuri aka gace k’amayobera bivugwa ko kamaze kuburiramo amato arenga 50, indege 20. Hari n’abagera kure bakavuga ko aka gace ari irembo ryinjira mu […]

Zambia: Umupolisi mukuru yimuriwe mu cyaro azira kuvuga ko Perezida ataziyamamariza indi manda

Umuyobzi wa Polisi ya Zambia wungirije ushinzwe Ibikorwa bya Polisi yo mu muhanda, yahanishijwe kwimurirwa mu gace k’icyaro nyuma yo kugagara mu mashusho avuga ko Perezida Edgar Lungu ataziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka 2021. DIGP Bonny Kapeso yimuriwe igitaraganya mu gace ko mu burengerazuba aho ababikurkiranira hafi bemeza ko ari nk’igihano yahawe […]

Byinshi mu bitaravuzwe ku buzima bwa Yezu, bikekwa ko yigeze gushaka umugore

Yezu Kirisitu, umugabo urusha abandi babayeho kumunyekana mu Isi, wabaye ishingiro ryo kubarwa kw’imyaka kugeza n’ubu, ni umugabo w’Umuyahudi wabayeyo mu myaka ikabakaba 2000 ishize, gusa kugeza n’ubu bisa n’aho akiriho, n’abatamwemera bazi neza izina rye, kandi bigeze babona amwe mu mafoto n’ibishushanyo by’abantu babayeho bimwitirirwa. Uyu mugabo mu buzima bwe bwaranzwe n’amayobera adasanzwe, yanditsweho […]

Mu Rwanda umubare w’abashomeri wazamutseho 9% mu bihe bya Covid-19

Ikigo cy’igihugu cy’ubushakashatsi (NISR) mu bushakashatsi cyakoze mu bihe bya Covid-19 bugashyirwa ahagaragara tariki ya 19 Kanama 2020, cyerekanye ko umubare w’abashomeri wazamutse ku kigero cya 9% muri ibi bihe bya Covid-19 Ikigo kivuga ko mu bushakashatsi cyakoze kuva muri Gashyantare kugeza muri Gicurasi uyu mwaka bwagaragaje ko umurimo mu Rwanda ari rumwe mu nzego […]

Mali: UN yasabye ko Guverinoma ya perezida Keita isubizwaho

Akanama k’umutekano mu muryango w’abibumbye kasababye ko perezida Ibrahim Boubacar Keita na Guverinoma ye basubizwa ku butegetsi , kanasaba igisirikare guhita kirekura abayobozi bakuru bose bafashwe bugwate n’ingabo. Ibrahim Boubacar Keïta yegujwe ku mwanya w’umukuru w’igihugu n’itsinda ry’ingabo zicyo gihugu, nyuma yaho atawe muri yombi we na Minisitiri w’Intebe we Boubou cisse kuri uyuwa kabiri […]

Amateka y’ubwoko bw’aba Vikings bafatwa nk’ibiremwa by’umwijima byabayeho ku Isi

Ubusanzwe ubwoko bw’aba Vikings bufite inkomoko mu gace ka Scandinavia mu majyaruguru y’Isi. Scandinavia kuri ubu habarirwa ibihugu bya Sweden Danermark na Norway. Ubwoko bw’aba Vikings buvugwa ko ari bwo bwatangije ubwami muri iki gice cya Scandinavia buhereye ku gace gato kitwaga Northumbria. Amateka menshi avuga ko aba Vikings bari abasazi, aha bakabishingira ku myizerere […]

U Burundi bwatangaje ko budateze kuvanwa muri EAC n’amadeni

Minisitiri muri Guverinoma y’u Burundi ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Ezechiel Nibigira, avuga ko u Burundi budateze kuvanwa mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba kubera imisanzu butarangiza kwishyura muri uwo muryango. Mu minsi ishize ni bwo hasohotse inkuru zivuga ko u Burundi na Sudani y’Epfo bishobora kwirukanwa mu muryango uhuriwemo n’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, […]

Kirehe: Polisi yafashe 2 bakekwaho kwigana ibyangombwa bya REB

Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Kanama 2020, Polisi ikorera mu karere ka Kirehe mu Murenge wa Nyarubuye mu kagari ka Nyarutunga, yafashe abasore babiri biganaga ibyangobwa bitangwa n’ikigo cy’uburezi mu Rwanda, REB. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Polisi y’Igihugu abazikoraga ni Urimubabo Emmanuel w’imyaka 30 na Hakizimana Jean Baptiste w’imyaka 26, bafashwe nyuma yo […]

Mali: Perezida Keita yegujwe n’igitutu cy’abasirikare, Guverinoma iraseswa

Perezida wa Mali, Ibrahim Boubakar Keita, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye anasesa Guverinoma y’igihugu, nyuma y’amasaha make muri icyo gihugu hageragejwe Coup d’Etat. Mu ijoro ryakeye Perezida Ibrahim Boubakar Keita na Minisitiri w’intebe wa Mali, Boubou Cisse, bari bafatiwe n’igisirikare mu murwa mukuru Bamako, mbere yo kwerekezwa mu kigo cya gisirikare cya Kati batunzwe […]

Bruce Melodie mu byishimo bidasanzwe nyuma y’uko ingagi yamwitiriwe yibarutse imfura

screenshot_20200818-163249_1597761293288.jpg

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yagaragaje ibyishimo bidasanzwe yatewe no kubona ingagi yamwitiriwe y’ibarutse imfura. Ubutumwa bw’ikigo gishinzwe kubungabunga ubuzima bw’ingagi, Dian Fossey Gorilla Fund bugaragaza ko ingagi yibarutse ari iyitwa Igitangaza ibarurwa mu muryango ukiri muto w’Urugwiro. Uyu muryango witwa Urugwiro wari umaze igihe kitagera ku mezi abiri ubonye umwana wa mbere […]

Ubuzima n’amateka bya El Patron wamamamaye nk’imana ya Cocaine

Pablo Escobar Gaviria wamenyekanye nka ‘El Patron’, ni umugabo w’icyamamare ukomoka muri Colombia. Escobar azwi mu bikorwa bitandukanye by’ubugiraneza , azwi kandi nk’umuherwe wabayeho abikesheje ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge yakoraga binyuze mu mutwe w’abacuruzi ba Cocaïne witwa Medellin Cartel. El Patron bivugwa ko yagenzuraga 80% by’urumogi rwinjiraga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuva mu mwaka 1970-1993. Ni […]

Angola: Umuhungu w’uwahoze ari Perezida yakatiwe imyaka 5 y’igifungo

Urukiko rw’Ikirenga muri Angola rwakatiye umuhungu w’uwahoze ari Perezida Jose Eduardo dos Santos gufungwa imyaka 5 y’igifungo, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kunyereza umutngo wa Leta. Jose Filomeno dos Santos w’imyaka 42, yatumijwe n’urukiko rukuru rwa Angola mu mpera z’umwaka ushize, ngo yiregure ku mafaranga yanyerejwe mu kigega cy’imari ya Leta angana na miliyari 1.5 […]

Ubushakashatsi bwerekanye ko imbwa ishobora gutahura umurwayi wa Covid-19

Ubushakasahtsi bwakozwe n’ikigo Germany Veterinary University cyo mu Budage, bwemeje ko imbwa ifite ubushobozi bwo gutandukanya umuntu urwaye covid-19 n’utayirwaye ku kigero cya 94 % binyuze mu kumva impumuro y’amacandwe . Ubu bushakashatsi bwakozwe na university of Veterinary Medecine Hannover ku bufatanye na German Armed Forces buvuga ko imbwa imaze igihe kigera ku cyumweru ibitozwa […]

Ibigwi by’umwami w’abami Mansa Musa wa Mali bivugwa ko icyo yakoragaho cyose cyabaga zahabu

Mansa Musa ni umwami w’abami wayoboye ubwami bwa Mali bwo mu Burengerazuba bwa Afurika, ahagana mu mwaka 1307 kugeza mu mwka 1337. Mansa Musa abanyamateka benshi bamusobanura nk’urugero rwiza rw’umukire uhebuje wabayeho mu myaka yo hambere. Ibi biterwa n’ibikoresho byose yari atunze byari zahabu, abasizi benshi bavuga ko icyo yakoraga cyose cyahindukaga zahabu. Ikinyamakuru Fobs […]

Nigeria: Amaze imyaka 7 afungiwe mu kazu k’inyamaswa na muka se

Polisi yo muri Leta ya Kano muri Nigeria yatabaye uwitwa Ahmad Aliyu w’imyaka 32 wari umaze imyaka 7 afungiwe mu cyumba na muka se. Aliyu usanzwe atuye mu gace ka Farawa Babban Layi mu majyaruguru ya Nigeria , yatabawe na Polisi ikorera muri ako gace ku bufatanye n’imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu aha muri iki gihugu […]

Abanyeshuri bose mu mashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda bagiye kujya bagaburirwa ku mashuri

Minisiteri y’uburezi mu Rwanda iratangaza ko mu mu mwaka utaha w’amashuri, abanyeshuri bose bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda bazajya bafatira amafunguro ku bigo bigaho. Mu kiganiro Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, Dr. Irenee Ndayambaje ari kumwe n’umuyobozi ushinzwe Politiki n’igenamigambi muri Minisiteri y’uburezi,Dr. Rose Baguma bagiranye na RBA, bagaragaje amasomo urwego rw’uburezi […]

Amateka ya Pontius Pilato ufatwa n’Abakristu nk’urugero rwiza mu bacamanza babi

Pontius Pilato ni umwe mu bayobozi bo mu bwami bw’abami b’Abaromani, wabaye icyamamare ku buryo budasanzwe. Pilato yayoboraga intara ya Yudeya yari iherereye mu gace ka Tiberius mu kinyejana cya Mbere, yamamara cyane nyuma yo gucira Yezu Kristu urwo gupfa, mu rubanza abenshi bemeza ko rwabayemo uburiganya kurusha izindi zose zabayeho ku Isi. Muri urwo […]

Mu bihugu 15, bifite abakobwa bafite uburanga buke Afurika ifitemo 3

Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru The Insiders cyandikirwa mu Bwongereza ruragaragaza ibihugu bifite abakobwa bafite uburanga buke. Muri ibi bihugu Afurika ifitemo ibihugu 3. Ni urutonde rwakozwe hifashihijwe amajwi y’abasoma iki kinyamakuru mu matora akorewe kuri Internet. 15. Hari ibihugu bitatu bya Afurika: Nigeria, Zimbabwe, Ethiopia Abantu benshi bavuga ko abagore bo muri Afurika ubusanzwe bafite umwihariko […]

Perezida Paul Kagame asanga nta terambere rishoboka ridashingiye ku ireme ry’uburezi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga nta terambere Afurika yageraho itarishingiye ku ireme ry’uburezi ritangwa mu mashuri yisumbuye. Ibi Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Kane ubwo umuryango Mastercard Foundation wamurikaga ibyavuye mu bushakashatsi wakoze ku burezi bwo mu mashuri yisumbuye yo ku mugabane wa Afurika. Raporo yashyizwe ahagaragara yerekana ibyavuye mu bushakashatsi bw’ibanze ku […]

Ukuri ku myemerere ya Buddhism abantu benshi bitiranya n’ubupagani

Buddhism ni imyemerere yashinzwe n’umugabo w’umuhinde witwaga Siddhartha Gautama (“the Buddha”) mu myaka isaga 2500 ishize. Kugeza uyu munsi abayoboke b’iyi myemerere ku isi yose baragera kuri miliyoni 470. Abahanga bafata Buddhism nka bumwe mu buryo bw’imyemerere bwayobotswe na benshi by’umwihariko mu karere ka Asiya y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo. Mu burengerazuba bw’Isi naho bamwe mu bahanga bavukumbuye […]

Nigeria ihangayikishijwe n’imfu z’urubyiruko rwiyahura kubera imikino y’amahirwe

Guverinoma ya Nigeria ihangayikishijwe n’imfu z’urubyiruko zituruka ku mikino y’amahirwe izwi nka “Betting”. Aha muri Nigeria imikino y’amahirwe ihombye leta miliyari zisaga 2 z’amadolari ya Amerika buri mwaka. Raporo ku bushakashatsi bwakozwe na Polisi ya Nigeria yiswe Nigerian pollster Noi Polls igaragaza ko mu baturage miliyoni 190 batuye iki gihugu hafi 1/3 ni ukuvuga miliyoni […]

Ku munsi nk’uyu 2004, FNL yateye inkambi y’Abanyamulenge mu Burundi yica 166

Tariki ya 13 Kanama 2004, Abanyamulenge 166 biciwe mu nkambi ya Gatumba, hafi y’umurwa mukuru w’u Burundi. Umutwe wa FNL ni wo wigambye icyo gitero gusa uvuga ko utari ugambiriye kwica abo Banyekongo ahubwo byabaye impanuka. Uwari umuvugizi wa FNL yabwiye itangazamkuru ko kwica abo Banyamulenge byabaye nk’impanuka, kuko bo bari bagamije gutera ikigo cya […]

Urukuta rwa Berlin nk’ikimemenyetso gikomeye cy’Intambara y’Ubutita

Tariki ya 13 Kanama 1961, ni bwo urukuta rw’i Berlin (Berliner Mauer) rwatangiye kubakwa mu mugi rwagati, rugabanya u Budage mo ibice bibiri: Igice cy’Iburasirazuba n’Icy’Iburengerazuba. Nyuma y’Intamabara ya Kabiri y’Isi yarangiye u Budage bwa Hiltler butsinzwe, iki gihe ibihugu byari bikomeye byahisemo kugaba u Budage mo ibice bibiri, buri gihugu kigacunga uruhande rumwe, ikindi […]

Nta mukene watorwa ngo ayobore abaturage_Perezida Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko kugira abayobozi bakennye mu gihugu ari byo bitera bamwe muri bo kwiba umutungo wa leta. Ibi Perezida Museveni yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko i Entebbe muri Uganda. Muri ibi birori, Perezida Museveni yabwiye urubyiruko ko kugira ngo uhagarariyre abacuruzi ugomba kuba uri […]

Ubushakashatsi bwagaragaje Uburyo bwiza bwo gutera akabariro wirinda Covid 19

Ikigo cy’Abongereza Terrence Higgins gikora ubushakashatsi ku buzima cyashize hanze ubushakashatsi cyakoze bwafasha abakora imibonanoo mpuzabitsina kugabanya ibyago byo kwandura Covid-19. Muri ubu bushakashatsi ikigo Terrence Higgins cyashize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, buragaragaza inama igirwa abakora imibonano mpuzabitsina muri iki gihe cya Covid-19. Ubu bushakashatsi buvuga ko mu gihe cy’igikorwa nyiriza abakundana bakwiye kwirinda […]

Hakomeje kwibaza ahazaza ku mihigo yahigwaga n’uturere mu Rwanda

Mu mwaka wa 2006 Leta y’u Rwanda yatangije uburyo bw’imihigo mu turere twose tugize igihugu. Iyi mihigo ikaba yarakorwaga uhereye hasi. Umuturage agira ikaye y’imihigo yandikamo ibyo yifuza kugeraho muri uwo mwaka, akabishyikiriza umudugudu, umudugudu ukabishyikiriza akagari bityo bityo bikarinda bigera ku Rwego rw’igihugu. Kugeza ubu hashize hafi imyaka ibiri nta guhiga no guhigura. Umwaka […]

Ibigwi by’umwamikazi Cleopatra wa Misiri waryamanaga na Musaza we agapfa yiyahuye

Cleopatra yari umwamikazi wa Misiri , akaba azwiho kuba yari umwamikazi ukunda abagabo. Cleopatra yakundanye na Julius Caesar na Mark Antony. Cleopatra yaryamanye na musaza we Ptolemy XIII nyuma aza no kumugambanira yicwa na Julius Caesar. Amateka atubwirako yapfuye yiyahuye nyuma yaho yari amaze gutsindwa n’umwami w’abami w’umuromani, Octavian tariki 12 Kanama 30 mbere y’ivuka […]