Sudan: Abarenga 2,500 nibo bamaze kuvanwa mu byabo n’intambara yongeye kubura muri Darfur

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR kuri uyu wa kabiri ryatangaje ko Abanyasudani barenga 2500, bamaze kwakirwa mu buhungiro mu gihugu cya Chad nyuma y’intambara y’amoko yongeye kubura mu minsi ishize mu burengerazuba bw’intara ya Darfur Tariki 25 Nyakanga nibwo imirwano y’abaturage bitwaje intwaro yongeye kubura mu burengerazuba bw’intara ya Darfur. Kugeza ubu abantu […]

Nigeria: Umuhanzi yakatiwe urwo gupfa azira gutuka intumwa y’Imana Muhamad

Urukiko rwa ki Islam rwo muri leta ya Kano mu majyaruguru ya Nigeria rwakatiye umuhanzi Yahaya Aminu Sharif igihano cy’urupfu, nyuma y’uko rumuhamije icyaha cyo gutuka intumwa y’Imana Muhammad. Urukiko rw’ikirenga rwa ki Iskam rw’umugi wa Kano rwahamije umuririmbyi w’icyamamare Aminu Yahaya urwo gupfa , nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutuka no kwandagaza intumwa y’Imana […]

Ntiwatanga ireme ry’uburezi ku bana b’abandi mu gihe abawe birukaniwe Minerval: Depite Mukabunani

Umuyobozi w’ishyaka PS Imberakuri, akaba n’umudepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda Mukabunani Christine asanga umushahara muke wa mwarimu ariwo udindiza ireme ry’uburezi mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na Real Talk channel Mukabunani yagarutse ku byo ishyaka rye ryifuza ko byahinduka mu burezi kugirango ireme ry’uburezi rizamuke. Depite Mukabunani yavuze ko Amafaranga ibihugumbi 45,000 ahabwa umwarimu […]

Amwe mu matariki yaranze ibitero bikomeye by’umutwe wa Al-Qaeda 1988-2008

Umutwe w’iterabwoba ugendera ku mahame akaze y’idini ya Islam, washinzwe kuwa 11 Kanama 1988. Ni nyuma y’inama yahuje Osama Bin Laden wari umuherwe wo muri Arabia Sauditte , impuguke mu buzima n’imitekerereze Dr Fadl n’impuguke mu ntambara nyobokamana Zawahiri, i Peshawar, muri Pakistan. Dore andi matariki y’ingenzi mu bitero bya Al Qaeda Tariki ya 7 […]

Dr. Frank Habineza yasabye Guverinoma kurenganura abafungiwe ubusa

Dr Frank Habineza, Umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party akaba n’umudepite mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda, yasabye Leta gutanga ubutabera ku bantu bafungiye akarengane mu magereza yo mu Rwanda mbere y’uko inama ya CHOGM iterana. Mu kiganiro yagiranye na Real Talk Channel, Dr Habineza yagarutse ku mpinduka ishyaka rye ryazanye mu miyoborere y’u Rwanda, aho yagarutse […]

Rusizi: 24 batawe muri yombi basengera mu mashyuza

Mu rukerera rwo kuwa 9 Kanama Polisi ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye yataye muri yombi abantu 24 bo mu madini atandukanye barimo gusengera mu mashyuza batubahirije amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko usibye ko n’ubusanzwe […]

Polisi yataye muri yombi abajura bafashwe amashusho biba mu rugo rw’umuturage

Polisi y’igihugu kuri uyu wa gatandatu, yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bafashwe amashusho biba mu rugo ry’umuturage i Kibagabaga mu karere ka Gasabo. Tariki ya 15 Nyakanga , ni bwo abasore babiri binjiye mu rugo rwa Serwango Renard, bamwiba bimwe mu bikoresho byo mu rugo rwe gusa baza gufatwa amashusho na Camera zicungira […]

Ku munsi nkuyu 1945: USSR yashinze Leta ya Koreya ya Ruguru

Uyu munsi ni ku wa Gatandatu tariki ya 8 Kanama1945. Ni umunsi wa 221 mu minsi igize umwaka 2020. Uyu mwaka urabura iminsi 145 ngo ugere ku musozo. Tariki 8 Kanama 1945, Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete zashinze igihugu cya Koreya ya Ruguru nk’igihugu kigendera ku mahame ya gikominizime. Amateka ya Koreya ya Ruguru Ubusanzwe Koreya […]

Ibyingenzi wamenye ku muganura kuri uyu munsi wizihirizwa mu ngo kubera Covid-19

Umunsi w’umuganura mu Rwanda watangiye kwizihizwa mu myaka myinshi ku ngoma z’abami b’u Rwanda. Umuganura ubusanzwe ni inzira y’Ubwiru bw’uRwanda, aho ibyakorwaga ku muganura mu Rwanda rwo ha mbere byagiraga uruhare mu kongera umusaruro w’igihugu, ushingiye ku buhinzi n’ubworozi. Kuri ubu umunsi w’umuganura ufatwa nk’umunsi wo kwishimira umusarura uba warabonetse mu mwaka wose. Abahinzi nibo […]

China: Yagizwe umwere n’urukiko nyuma yo kumara imyaka 27 mu gihome

Zhang Yuhuan uvuka mu ntara Jiangxi mu gihugu cy’Ubushinwa yagizwe umwere nyuma yuko yari amaze imyaka igera kuri 27 ari mu gihome Zhang Yuhuan yafunzwe mu mwaka 1993 , aho yashinjwaga icyaha cyo kwica abavandimwe babiri. Zhanga avuga ko yakorewe iyicarubozo asabwa kwemera icyaha nyuma urukiko rwategetse ko amara imyaka 27 muri gereza yo mu […]

OMS ivuga ko abana bonkejwe neza byakungura isi miliyari 302 z’amadora

Kuva tariki ya 1 kugeza 7 Kanama,buri mwaka u Rwanda n’isi yose bizihiza icyumweru cyahariwe konsa. Muri uyu mwaka OMS yatanze ubutumwa buvuga ko igihe abana bonkejwe neza, isi yabyungukiramo akayabo ka miliyari 302 z’Amadorari ya Amerika. Ubusanzwe miliyari 302 z’amadorari buri mwaka agendera mu kuvura indwara ziba zaratewe no kutonsa abana igihe gihagije ku […]

Tariki ya 6 Kanama 1945: Nibwo Hiroshima yahindutse umuyonga

Uyu munsi ni kuwa Kane tariki 6 Kanama 2020, ni umunsi wa 219 mu minsi igize umwaka. Uyu mwaka urabura iminsi 147 ngo ugere ku musozo. Tariki ya 6 Kanama 1945, Leta zunze ubumwe za Amerika zateye igisasu kirimbuzi ku mugi wa Hiroshima mu Buyapani. Abantu 80,000 bahitanwe n’iki gisasu ako kanya, abandi bapfa urusorongo […]

Tariki nk’iyi 1963:Hasinywe amasezerano ahagarika icurwa ry’intwaro kirimbuzi

Uyu munsi ni kuwa Gatatu,tariki 5 Kanama 2020, ni umunsi wa 218 w’umwaka 2020,uyu mwaka urabura iminsi 148 ngo ugere ku musozo. Tariki 5 Kanama 1963: Mu ntambara y’ubutita, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ubwongereza na Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete basinye amasezerano ahagarika icurwa n’igeragezwa ty’intwaro kirimbuzi. Abahagarariye Leta zunze ubumwe z’Amerika, Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete […]

Indege za Boeing 737 Max zigiye kongera gukomorerwa

Raporo y’abagenzuzi b’Ikigo cya Amerika gishinzwe indege za gisivili, FAA, yagaragaje urutonde rw’ibyo Boeing igomba gukemura kugira ngo indege zayo zo mu bwoko bwa 737 Max zemererwe kongera gukora. Indege zo mu bwoko bwa Boeng 737 Max zabujijwe kuguruka muri Werurwe umwaka 2019, nyuma y’impanuka ebyiri izi ndege zari zimaze gukora zigahitana abantu 346 mu […]

Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryatanze Tundu Lissu nk’umukandida uzarifasha guhangana na CCM ya Magufuli

Mu nteko rusange y’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Chama cha Demokrasia na Maendeleo ( CHADEMA) yateranye kuri uyu wa Mbere yemeje Tundu Lissu nk’umukandida waryo mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Tundu Lissu yatowe n’ishyaka rye ku bwiganze bw’amajwi nyuma yaho atahukiye avuye mu buhunzi yari amazemo imyaka 3. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ishyaka Chadema, […]

Umunsi nk’uyu: Iraswa ry’amato y’Amerika n’ingabo z’u Budage, ryatumye Amerika yivuguruza ku cyemezo yafashe

Uyu munsi ni kuwa Kabiri tariki 4 Kanama 2020, ni umunsi 217 munsi isanzwe igize uyu mwaka. Uyu mwaka urabura iminsi 149 ngo ugere ku musozo. Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zitazigera zishora mu ntambara ya Mbere y’isi. Iki cyemezo ariko nticyaje gutinda kuko Kurasirwa amato menshi y’ubucuruzi n’ingabo z’Abadage byatumye kuwa 6 Nyakanga […]

Mu Rwanda umuturage yemerewe kwigaragambya_Tito Rutaremara

Senateri Tito Rutaremara yashimangiye ko mu Rwanda hari uburenganzira bw’umuntu mu kuvuga icyo atekereza, binashimangirwa n’uko amategeko y’u Rwanda yemerera umuturage ufite impamvu kwigaragambya. Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru The Real Talk Channel gikorera kuri murandasi, Senateri Tito Rutaremara yamaganye ibivugwa n’abatavugarumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ko nta bwisanzure mu gutanga bitekerezo buba mu Rwanda. Senateri Rutaremara […]

Uganda: Abadepite 4 barimo 2 b’ishyaka riri ku butegetsi biyemeje gushyigikira Bobi Wine mu matora

Abadepite 4 mu nteko ishingamategeko ya Uganda, barimo 2 b’ishyaka NRM riri ku butegetsi biyemeje gushyigikira Bobi Wine mu matora yo muri Mutarama umwaka utaha. Patrick Nsamba uhagarariye akarere ka Kassanda na John Baptist Nambese uhagarariye Majinja ni bamwe mu badepite bahagarariye ishyaka rya National Resistance Movement(NRM) rya Perezida Museveni mu nteko ishinga Amategeko batangaje […]

Impunzi z’Abarundi ziba mu nkambi ya Mahama zasabye Perezida Ndayishimiye kuzifasha gutahuka

Impunzi z’Abarundi ziba mu nkambi ya Mahama, mu Burasirazuba bw’u Rwanda zandikiye Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye zimusaba kuzifasha gutaha. Ibaruwa yashyizweho umukono n’impunzi 300 ziba mu nkambi ya Mahama, ivuga ko zisanga igihe kigeze ngo zisubire iwabo mu Burundi. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNCHR, rigaragaza ko hakiri imbogamizi kuri ubu busabe bw’Impunzi […]

Ku wa 3 Kanama1949, hashinzwe ishyirahamwe rya Basketball muri Amerika (NBA)

Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki 3 Kanama 2020, ni umunsi wa 216 mu minsi isanzwe y’umwaka 2020, uyu mwaka kandi urabura iminsi 150 ngo ugere ku musozo. Tariki ya 3 Kanama 1949, hashinzwe ishyirahamwe ry’umukino w’intoki wa Basketball muri Amerika na Canada NBA. Nyuma y’igihe kigera ku myaka itatu muri Amerika yose hakorwa […]

Uganda: Umugabo w’imyaka 48 afunzwe azira kwanduza abana 5 Virusi itera SIDA

Polisi y’akarere ka Masaka muri Uganda ifunze umugabo w’imyaka 48 ukekwaho gusambanya abana 5 akabanduza virusi itera SIDA. Uyu mugabo ubusanzwe bivugwako akora umwuga w’ububaji, iki cyaha akekwaho yagikoreye mu gace atuyemo ka Bwabikere gaherereye mu Mujyi wa Masaka. Aba bana uko ari batanu bivugwako yasambanyije bari hagati y’imyaka 8 na 13 nk’uko bitangazwa na […]

U Buhinde: Abantu 9 bishwe n’imiti yica udukoko(Sanitizer) banyoye

Mu gace ka Karichedu gaherereye mu gihugu cy’u Buhinde, abantu icyenda banyoye umuti wica udukoko(Sanitizer) urabica, nyuma y’aho amaduka acuruza inzoga afungiwe kubera icyorezo cya Covid-19. Aba bantu uko ari 9 bishwe n’umuti wica udukoko bivugwa ko bawunyoye bawuvanga n’amazi na fanta. Umuyobozi wa Polisi ya Leta ya Andhra Pradesh, Siddhararth Kaushal yasobanuye ko aba […]

Abagore bafite ibyago bya 85% byo gucuruzwa kurusha abagabo

Raporo y’ikigo gishinzwe kurwanya icuruzwa ry’abantu mu isi HAART ,yerekanye ko abagore bihariye 85% by’abahura n’ibyago by’icuruzwa ry’abantu ku isi. Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Awareness Against Human Trafficking (HAART), bugaragaza ko abagore bafite ibyago by’inshi byo gukorerwa icuruzwa ry’abantu kurusha abagabo. Mu bushakashatsi bwakorerewe ku bantu 586 bahuye n’icuruzwa ry’anantu, abarenga 85 ku ijana muri bo […]

Uganda: Yakatiwe gufungwa imyaka 10 azira kwica ingagi

Urukiko rwo mu karere ka Kabale ejo ku wa Gatatu rwakatiye uwitwa Felix Byamukama igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo kumuhamwa n’icyaha cyo kwica ingagi ku bushake. Nkuko bitangazwa n’ibitangazamuru bitandukanye byandikirwa muri Uganda, ingagi yishwe ni iyitwa Rafiki ikaba ari imwe mu zigize umuryango wa Silverback. Mu mpera z’ukwezi kwa Kamena nibwo abashinzwe kurinda Pariki […]

Ibigo by’abikorera mu Bwongereza byiyemeje kuzamura umubare w’abakozi b’abirabura

Mu nama y’ibigo 40 by’ubucuruzi bikomeye mu Bwongereza, abayobozi babyo biyemeje kongera umubare w’abakozi b’abirabura mu rwego rwo kurwanya akarengane kabakorerwa. Mu bigo nka Barclays na Deloitte bemeje kuzamura abirabura babikorera mu nzego zifata ibyemezo, banakangurira ibindi bigo bikorera mu Bwongereza kugira icyo bikora ku karengane gakorerwa abirabura. Ibi babyemereye mu nama nkuru ihuza ibigo […]

OMS yavuze ko urubyiruko ruri gutuma ubwandu bwa Covid-19 bwiyongera

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima(OMS) rirasaba ibihugu kongera ubukangurambaga bwo kurwanya Covid-19 mu rubyiruko. Ni nyuma y’aho ubushakashatsi yakoze bwagaragaje ko urubyiruko rurimo gutuma ubwandu bushya bw’icyorezo bw’iyongera. Ingingo zigaragazwa n’ubu bushakashatsi, zivuga ko nko ku mubane w’i Burayi umubare munini w’abandura ari urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18-30. Minisitri w’Ubuzima mu Bwongereza yabwiye abakoze […]

Abadepite basabye ko amafaranga yishyurwa n’abahererekanya ubutaka yagabanwa

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2020, ubwo abadepite bagezwagaho raporo y’ibibazo byagaragajwe n’abaturage kuri serivisi z’ubutaka, basabye ko amafaranga yakwa abaturage mu gihe bahererekanya ubutaga yagabanywa cyangwa akajyanishwa n’ingano y’ubuso bahererekanya. Perezida wa Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije mu nteko ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Hon. Nyirahirwa Veneranda ageza raporo ku nteko rusange […]

Tariki 29 Nyakanga 1921 Hitler yatorewe kuyobora ishyaka ry’Abanazi

Uyu munsi ni kuwa Gatatu, tariki 29 Nyakanga 2020. Ni umunsi wa 211 mu minsi isanzwe igize umwaka, uyu mwaka ugisigaje iminsi 155 no ugere ku musozo. Tariki ya 29 Nyakanga 1921, Adolf Hitler yatorewe kuyobora ishyaka Nazi Party Bimwe mu byaranze Hitler ubwo yari umuyobozi w’ishyaka ry’Abanazi Adolph Hitler yavutse kuwa 20 Mata 1889, […]

UN yaburiye ibihugu ko inzara itewe na Covid-19 ishobora kujya yica abana 10,000 mu kwezi

Umuryango wabibumbye waburiye ibihugu byose ko hatagize igikorwa mu koroshya ingamba zo guhangana na Covid-19, inzara iturutse kuri ibi bikorwa ishobora kujya yica abana 10,000 mu kwezi. Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) rivuga ko mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere , usanga hari umubare munini w’impfu z’abana ziterwa n’imirire mibi. Bashingiye kuri ibi […]

OMS ikomeje gushima ingamba u Rwanda rufata mu guhangana na Covid-19

Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima(OMS) Dr.Tedros Adanom Ghebreyesus yavuze ko u Rwanda ruri mu bihugu byafashe ingamba zo gukumira Covid-19 hakiri kare bigatanga umusaruro mwiza. Mu kiganiro yatangiye i Geneve mu Busuwisi, Dr. Tedros yavuze ko n’ubwo mu bice bitandukanye by’iki cyorezo gikomeje gufata indi ntera, hari ibihugu 6 bigaragaza kwihagararaho gukomeye mu […]

Ibirori byo mungo no kurenga ku mabwiriza ni bimwe mu bikomeje kongera ikwirakwira rya Covid-19 mu Rwanda

Mu busesenguzi bumaze iminsi bukorwa na Polisi y’u Rwanda bugaragaza ko ibirori byo mungo, no kurenga ku mabwiriza nkana aribyo bikomeje gutiza umurindi ubwiyongere bw’icyorezo cya korona virusi mu Rwanda. Polisi ivuga ko ubusesenguzi yakoze bwagaragaje ko mu mibyizi hari abatubahiriza amabwiriza yo kurwanya COVID-19 ariko iyo bigeze muri minsi isoza icyumweru biba akarusho. Yagaragaje […]

Zimbabwe: Umuvugizi wa Guverinoma yise Ambasaderi wa Amerika “ibandi”

Minisitiri w’imari muri Guverinama ya Zimbabwe Patrick Chinamasa yise Ambasaderi wa Amerika “ibandi”, ni nyuma yaho avumbuye ko yari inyuma y’imyigaragambyo yashakaga guhirika ubutegetsi bwa Emmerson Munangagwa. PatricK Chinamasa ubusanzwe ni umurwanashyaka wa ZANU PF yayoboye iki gihugu kuva cyabona ubwigenge, kuri uyu wa mbere ubwo yaganiraga n’abanyamakuru yavuze ko Ambasaderi wa Amerika muri Zimbabwe […]

Afurika y’Epfo: Umukirisitu yarasiye abajura 2 mu rusengero

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangaje ko iri gukora iperereza ku bantu 2 barasiwe mu rusengero rwa Querentia Ministry n’umuntu waje gusenga. Ku Cyumweru tariki 26 Nyakanga, mu Ntara ya Gauteng muri Afurika y’Epfo mu rusengero ruherereye i Centurion, umwe mu baje gusenga yarasiye abagabo babiri mu rusengero bahita bapfa. News 24 ivuga ko aba […]

Somalia: Abakozi bo mu marimbi banyomoje imibare itangazwa na Leta kuri Covid-19

Aba bakozi bo ku marimbi bavuga ko , bamaze igihe bacukura imva nyinshi zihambwamo abahitanwe n’icyorezo cya Covid19, leta yajya gutangaza amakuru kuri iki cyorezo bagatungurwa no kumva bavuze ko hapfuye bake. Umwe mu bakora ku irimbi yabwiye Somalia daily ko we na bagenzi be bakorana ku irimbi rimwe ryo mu murwa mukuru Mogadishu hari […]

Kuwa 27 Nyakanga1866: Huzuye umuyoboro wa telegram uhuza uburayi na Amerika

Uyu munsi ni kuwa Mbere tariki 27 Nyakanga 2020. Ni umunsi wa 209 mu minsi isanzwe igize 2020,. Uyu mwaka urabura iminsi 158 ngo ugere ku musozo. Tariki 27 Nyakanga 1866, Huzuye umuyoboro w’itumananaho rya Telegram uciye mu Nyanja ya Atlantic. Uyu muyoboro wari ufite ibiremetero 2,713, ukaba warahuzaga Amerika n’Uburayi. Uko itumananaho rya Telegraph […]

Hashize imyaka 173 Liberia ibaye igihugu cya mbere cy’Afurika kibonye ubwigenge

Uyu munsi ni ku Cyumweru tariki 26 Nyakanga 2020. Ni umunsi wa 207 mu minsi igize umwaka w’2020. Uyu mwaka usigaje iminsi 159. Tariki ya 26 Nyakanga 1847 igihugu cya Liberira cyabonye ubwigenge ku b’Abanyamerika, kiba kibaye imfura mu bihugu bya Afurika bibonye ubwigenge. Dore uko urugendo rwa ruteye Repubulika ya Liberia mbere yari agace […]

CAR: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bagejeje umushinga w’amazi meza ku baturage

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Centre Africa batangiye umushinga ufite agaciro k’amafaranga 50,000 y’amadolari y’Amerika uzarangira abatuye umurwa mukuru Bangui babonye amazi meza. Umuyoboro w’amazi uri kubakwa n’abapolisi b’u Rwanda uzagaburira abaturage bari mu duce twibasiwe n’ibura ry’amazi nka Ngongonon ya Kabiri, Ngongonon ya Kane na Galabadja ya Kane mu murwa mukuru […]

Zahabu yavumbuwe mu 1850; ivugwa muri Bibiliya yaba yaraturutse he?

Amateka azwi neza ananditswe mu bitabo binyuranye agaragaza neza ko Zahabu yavumbuwe tariki ya 25 Nyakanga mu mwaka 1850 muri Oregon. Binavugwa ko yavumbuwe n’umugabo ufite inkomoko muri Amerika witwa James Williams Marshall. Amateka agaragaza ko muri rusange zahabu yavumbuwe mu mwaka 1848. Ibi byaje kwemezwa neza tariki ya 25 Nyakanga 1850 n’inama y’abahanga y’abavumbuzi. […]

Uganda: Eddy Kenzo n’abandi 230 bari baraheze mu mahanga kubera Covid-19 bafashijwe gutaha

Umuhanzi Edrisah Musuuza wamenyekanye nka Eddy Kenzo n’abandi banya-Uganda 232 bari barahejejwe mu mahanga n’ihagarikwa ry’ingendo z’indege ryatewe na Covid-19 bafashijwe gutaha. Aba banya-Uganda basesekaye ku kibuga cy’indege cya Entebbe saa 3:30 z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Mu ndege ya Ugandan Airlines, Kenzo yageze ku kibuga ari kumwe n’abandi bantu 64 bakomoka mu bihugu […]

Ibitangaje mu bihano byahabwaga abanyabyaha mu Rwanda rwo ha mbere

Ibihugu byinshi byo ku Isi bifite itegekonshinga ari naryo riruta ayandi. Iri tegeko ni naryo rigena mu ngingo zaryo andi mategeko. Muri ayo mategeko yandi hari itegeko mpanabyaha. Ibi bigaragaza ko mu muryango mugari w’abantu hataburamo abakosa kandi baba bakwiye kugororwa no gusubizwa ku murongo. Niyo mpamvu tugiye kurebera hamwe uko mu Rwanda rwo hambere […]

Byinshi wamenya ku gace ka Machu Picchu kavumbuwe kuri iyi tariki

Uyu munsi ni ku wa Gatanu tariki 24 Nyakanga. Ni umunsi wa 206 mu minsi isanzwe igize umwaka. Uyu mwaka usigaje iminsi 160 ngo ugere ku musozo Tariki ya 24 Nyakanga 1911, umuvumbuzi w’Umunyamerika Hiram Bingham yavumbuye agace ka Machu Picchu gaherereye mu shyamba rya Amazone ku gihugu cya Peru. Aka gace gafite umwihariko wo […]

Uganda: Umuforomokazi yabaye umuntu wa 1 uhitanwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko kuri uyu wa Kane umuntu wa mbere yishwe na Covid-19. Umuforomokazi w’imyaka 39 wo mu karere ka Namasindwa hafi y’umupaka wa Uganda na Kenya niwe wahitanwe bwa mbere na Covid-19 muri Uganda. Minisiteri y’ubuzima kandi ivuga ko nubwo uyu wahitanwe na Covid-19 atuye mu gace kegereye Kenya irimo ubwandu […]

Mu Rukiko: Umunyamakuru Phocas Ndayizeye ibyo yasanganywe byari guturitsa inyubako zikomeye

Ubushinjacyaha bwagaragaje ko bukurikije bimwe mu bikoresho byafatanwe Phocas Ndayizera n’ubusesenguzi bwakozwe n’inzobere mu bya gisirikare bwasanze bifite ubushobozi bwo kwangiza inyumako zikomeye. Mu rubanza rwitiriwe umunyamakuru Phocas Ndayizera, ubushinjacyaha buvuga ko hari ibikoresho byafatanwe uyu munyamakuru byari bifite ubushobozi bwo guturika no kwangiza bimwe mu bikorwa remezo by’u Rwanda nk’inzu zikomeye, ibiraro n’ibindi. Inkuru […]

Nyagatare,Ngoma na Kayonza hamenwe litiro 940 z’inzoga

Polisi ikorera mu ntara y’Iburasirazuba mu turere twa Nyagatare, Ngoma na Kayonza yafashe abaturage batanu bacuruzaga bakanakora inzoga zitujuje ubuziranenge ndetse zihita zimenwa. Muri litiro 940 z’ibinyobwa byafashwe harimo ibyitwa, Magwingi, Viki n’ibikwangari. Mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Tabagwe hafatiwe litiro 420 z’ikinyobwa kitwa Magwingi. Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Ndego […]

Uganda Bobi Wine akomeje kongera imbaraga zo guhangana na Museveni mu matora

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, kuri ubu yagaragaje izina ry’ishyaka rye rishya azahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Gashyantare 2021. Bivuye mu bwumvikane hagati y’ishyaka People Power Movement(PPM) rya Bobi wine n’ishyaka National Unity Platform (NUP) ry’uwahoze ari Visi perezida wa Uganda ku butegetsi bwa […]

Amerika yategetse Ubushinwa gufunga Agashami ka Ambasade yabwo kari i Texas

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zategetse Ubushinwa gufunga agashami ka Ambasade yabwo (Consulate) kari mu mujyi wa Houston muri leta ya Texas bitarenze ku wa gatanu w’iki cyumweru. Impamvu Amerika itanga , ivuga ko hagamijwe kurinda umutungo mu by’ubwenge wayo washoboraga kwangizwa n’Ubushinwa. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa yahise itangaza ko iki cyemezo gifashwe n’Amerika ari […]

Umubano w’u Rwanda n’amahanga muri Covid -19 uhagaze ute?

Umubano mpuzamahanga, ubufatanye n’ubutwererane ni imwe mu nkingi Guverinoma z’ibihugu ziba zubakiyeho. U Rwanda narwo rushyira ingufu mu guteza imbere uru rwego, kimwe n’izindi mfuruka z’ubuzima, icyorezo cya Korona Virusi cyageze no mu mibanire y’u Rwanda n’ibindi bihugu, kabone n’ubwo uburyo bwo gukemura ibibazo byagiye bigaragaramo byagiye byihutishwa. Kuva mu ntangiro z’umwaka 2020, u Rwanda […]

U Rwanda rumaze guhomba miliyari 86 ava mu misoro n’amahoro

Mu bisobanuro Minisitiri w’intebe Eduard Ngirente yageje ku nteko ishingamategeko y’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko u Rwanda rwahombye Miliyari 86 zagombaga guturuka ku misoro n’amahoro muri ibi bihe bya Covid-19. Dr. Ngirente avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwagombaga kugendera ku muvuduko wa 8% kuri ubu buri ku muvuduko wa 2% gusa. Yagaragaje […]

Nyamagabe: Akarere kahagaritse kwakira ibibazo by’abaturage mu kwirinda ikwirakwira rya Korona Virusi

Mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwira rya Korona Virus, akarere ka Nyamagabe mu majyepfo y’Urwanda kahagaritse kwakira ibibazo by’abaturage ku biro by’akarere mu gihe kitazwi. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi w’akarere ka nyamagabe,Uwamahoro Boneventure rivuga ko Serivisi zose zo kwakira ibibazo by’abaturage zatangirwaga ku biro by’akarere ka Nyamagabe zibaye ziharitswe mu gihe kitazwi. Itangazo rikomeza rivuga […]

Menya byinshi utari uzi kuri Grande Renaissance , urugomero runini muri Afurika

Hashize igihe kini mu bitangazamakuru humvikana amakimbirane hagati ya Misiri Ethiopia na Sudan. Ni ukutumvikana kwaturutse ku mushinga mugari w’igihugu cya Ethiopia wo kubaka urugomero runini ku mugezi wa Nile. Ibihugu bitunzwe n’amazi y;uruzi rwa Nile ntibyahwemye kugaragaza ko Ethiopia ishobora kubatera amapfa n’ibura ry’ibiribwa, cyne ko bagaragaje impungenge ko uru rugomero rushobora kuzatuma ingano […]

Bite mu kwihangira imirimo na BDF imaze imyaka ikabakaba 10?

Mugihe Imyaka ikabakaba 10 ishize BDF itangijwe, Abenshi mu bagore n’urubyiruko baracyafite ibibazo byinshi bibaza kuri iki kigega. Bamwe mu bo Twaganiriye bagaruka kuburyo urubyiruko rugana iki kigo rukiri hasi nyamara mu ishingwa ryacyo hanumvikanamo ko ari amahirwe akomeye ku rubyiruko rushaka kwihangira imiriro. Ikigega cya Leta gishinzwe kwishingira imishinga mito n’iciriritse ku bagore n’urubyiruko […]

Urukingo rwakozwe na Kaminuza ya Oxford ruratanga icyizere cyo kurinda uwaruhawe covid-19

Kaminuza ya Oxford yatangaje ko nta kibazo uru rukingo rushobora gutera cyane ko rwifitemo ubushobozi bwo kongerera umubiri imbaraga z’ubwirinzi . Iyi kaminuza yo mu Bwongereza ivuga ko rutanga icyizere mu guhangana na Covid-19 yugarije isi muri iki gihe. Mu gerageza rimaze gukorwa , abantu 1,077 byagaragaye ko rwabongereye ubudahangarwa bw’uturemangingo two mu bwoko ‘T-cells’ […]

Miliyoni 15 z’abana bo munsi y’ubutayu bwa Sahara bafite ibibazo by’imirire mibi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, ryatangaje ko miliyoni 15 z’abana bo munsi y’ubutayu bwa Sahara bafite ikibazo cy’imirire mibi. Raporo yasohowe n’ishami rya UNICEF rikorera muri Afurika yo mnusi y’ubutayu bwa Sahara ku wa 17 Nyakanga 2020, yagaragaje ko Afurika y’iburengerazuba n’iyo hagati ari ho haza ku isonga mu kugira umubare munini w’abana […]