Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y’uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe

Abaturage b’utugari twa Nyamihanda na Rwambogo mu Murenge wa Butare, aba Nyamigina na Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura n’ab’Akagari ka Nyabintare mu Murenge wa Nyakabuye bagera ku 20.520 bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Nyabitimbo kiri mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi, batewe impungenge n’ingobyi y’abarwayi yabagezaga ku bitaro bya Mibilizi imaze amezi 4 […]

Qatar Airways yasubitse ingendo zayo i Kigali

Abakoraga ingendo z’indege muri Qatar Airways bajya Doha bavuye i Kigali bafite impungenge nyuma y’aho iyi sosiyete yo gutwara abantu mu ndege isubikiye ingendo zayo mu Rwanda kugeza kuwa 01 Nzeri 2017. Mu byumweru bikeya bishize ngo aba bagenzi bakaba bari barimo kujya Doha banyuze Entebbe muri Rwandair cyangwa bakanyura Nairobi bakajyanwa na Kenya Airways. […]

Reba amafoto y'ikiraro cya mbere kirekire ku isi gica hejuru y'inyanja

Mu minsi yashize, Bwiza.com yari yagerageje kwegeranya amaforo y’ikiraro cya mbere ku isi kirekire haba mu burebure bya co uva ku ruhembe rumwe ujya ku rundi ndetse n’uburebure uturutse ku kiraro kugera hasi ku butaka aho iki kiraro cyari cyabonetse mu gihugu cy’u Bushinwa na metero zisaga 300. Kuri ubu rero hongeye kugaragara amafoto y’ikindi […]

Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n’ itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama

Human Right Watch(HRW) iherutse gusohora raporo ku Rwanda ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by’ amatora ya Perezida wa Repubulika, nyamara Gerald Mbanda uzobereye muri politiki yari aherutse gusohora inyandiko ivuga ko hari raporo zikorwa ku bw’izindi nyungu, ngo cyane ko byatangiye kare itangazamakuru mpuzamahanga n’iyo miryango bigaragaza uruhande bibogamiyeho. Umunsi Perezida Paul Kagame […]

Kenya: Abazungu 2 bakuze basanzwe hafi y’akabyiniro bishwe

Imirambo y’abazungu babiri bakuze, umwe uri mu myaka 60, n’undi uri mu myaka 70, kuri iki Cyumweru yasanzwe ahantu yajugunywe ku muhanda uri mu mujyi wa Mombasa mu gihugu cya Kenya, ariko imyirondoro yabo ntiyamenyekanye. Aba bazungu, umugabo n’umugore, basanzwe bazingiwe mu biringiti basigwa hafi y’akabyiniro kari mu nkengero za Mombasa nk’uko byemezwa n’ukuriye igipolisi […]

Abarundi basaga 40 bakekwaho ibikorwa by’ubutasi birukanwe mu Rwanda

Abarundi bagera kuri 47 babaga mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ushize nimugoroba , bageze mu gihugu cyabo nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda bakekwaho ibikorwa by’ubutasi. Aba Barundi bakiriwe ku mupaka n’ukuriye igipolisi mu Ntara ya Kirundo, batangaje ko birukanwe n’ubuyobozi bw’u Rwanda bazira gukekwaho ibikorwa by’ubutasi. Umwe mu birukanwe wavuganye na Ijwi rya Amerika […]

Waruziko urebeye mu maso wamenya umukobwa waryoshya imibonano?

Abantu benshi bagenda bibaza niba hari uburyo wamenyera ko umukobwa cyangwa umugore baryoshya imibonano mpuzabitsina mutari mwaryamana, gusa Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye. Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje […]

Indege ya Tanzania yafatiwe muri Canada kubera imyenda yanze kwishyura

Indege y’ubucuruzi ya Tanzania yafatiwe muri Canada nyuma y’uko Tanzania inaniwe kwishyura ikompanyi y’ubwubatsi yari yayubakiye ariko Tanzania ikananirwa kwishyura rwiyemezamirimo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ndege y’ubucuruzi yari itegerejwe kugera muri Tanzania ivuye ku isoko mu kwezi kwa 7 uyu mwaka ariko na nubu ikaba itarahagera. Umuvugizi wa Chadema muri Tanzania, Tundu Lissu yabwiye itangazamakuru ko […]

Bimwe mu bintu bikwiye kwibandwaho muri manda nshya u Rwanda rwinjiyemo

Ijambo Politiki abantu bakunze kutarivugaho rumwe ,bamwe bavuga ko ari uburyo bwo kuyobora abantu hifashishijwe amaco yo kubabeshyabeshya, hagamijwe inyungu z’ukora iyo politiki ,no gushaka kwemeza abayoborwa iby’ubutegetsi [ administration ] buba buriho , nkuko hari n’abakagaragaza ko ibyo byose bijya byifashishwa n’abatavugarumwe rumwe nabwo mu rwego rwo kuburwanya cyangwa guhangana nabwo n’ibindi … Ikibabaje […]

Ubushakashatsi: Umugore n'umugabo biyahuriye rimwe ngo barebe uko bigenda nyuma y'urupfu

Umugabo wo mu gihugu cya misiri n’umugore we wo muri Ireland biyahuriye rimwe aho babaga mu mujyi wa Hurghada ku nkengero z’inyanja itukura mu misiri, iperereza rikaba ryafashe ibimenyetso ko aba biyahuye ngo barebe uko bavumbura indi si. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inzego z’ubushakashatsi muri kiriya gihugu zavuze ko uyu mugore n’umugabo biyishe bijugunye mu mazi nyuma […]

Kenya: Maina Kiai yafungiwe ku kibuga cy’indege ararekurwa ku mpamvu zitasobanutse

Impirimbanyi y’uburenganzira bwa Muntu yo mu gihugu cya Kenya, Maina Kiai, kuri iki Cyumweru mu gitondo yafungiweho gato ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga, Jomo Kenyatta ubwo yiteguraga kuva mu gihugu. Ikinyamakuru Tuko cyo muri Kenya kikaba cyamenye ko Maina Kiai yatawe muri yombi ubwo yiteguraga kujya i Prague muri Repubulika ya Tcheque kuri iki Cyumweru, itariki […]

Muhanga: Abasigajwe inyuma n’amateka barashinja Mudugudu kubimisha inkunga ya mituweri

Ubusanzwe aba basigajwe inyuma n’amateka bo mu Kagari ka Kinini, bavuga ko bari bafite umugiraneza w’umubikira wabatangiraga ubwisungane mu kwivuza, ku buryo buri mwaka yayibatangiraga n’imiryango yabo, gusa ngo uyu mwaka batunguwe no kumva uwo mubikira ababwira ko atazongera kuyibatangira kuko umukuru w’Umudugudu wa Musezero batuyemo yamubwiye ko leta ibishyurira ubu bwisungane mu kwivuza, nyamara […]

Inama zigirwa umugore wageze muri menopause agakomeza kubona imihango

Imyaka rusange umugore ahagarikira gusama (M Ă© nopause) ku isi ni hagati ya 50 na 52 ariko hari igihe umugore uri muri iyi myaka cyangwa uyirengeje akomeza kubona imihango kandi atabasha gusama. Ese wakora iki igihe ukomeje kuva nyamara warageze muri menopause? Urubuga Topsante.com rutanga inama y’uko umugore uri mu myaka nka 57 ariko agakomeza […]

Dore ibyo wakorera umukunzi wawe ukamurinda gushurashura

Abagore benshi bahora bataka ko abagabo babo babaca inyuma nyamara hari uburyo bworoshye bwo gukuraho izi mpungenge ugahagarika gukeka amababa umugabo wawe ukamwiyegurira burundu. Dore ibyo usabwa gukora mu gihe uri kugirana ibihe byiza n’umugabo wawe mu rwego rwo gutuma ataguhararukwa vuba bikaba byaba intandaro yo kwigira mu bandi bagore Muhate ibyo akunda kurusha ibindi […]

Umugabo yibye mu Kiriziya ageze mu rukiko ahinduka ikiragi

Urukiko rukorera mu gace ka Ejigbo mu mujyi wa Lagos, muri Nigeria ruherutse gusubika urubanza rw’umugabo wari wafatanywe amafaranga y’umwe mu bo bari bahuriye kiliziy, a yagezwa imbere y’ubutabera akihindura ikiragi. Uyu mugabo witwa Chinedu Samuel, yatawe muri yombi na polisi yo muri kariya gace ariko mu gihe yamushyikirizaga ubutabera yanze kuvuga akajya akoresha amarenga […]

Hussein Radjabu aramagana raporo ya Loni imwita umuyobozi wa FOREBU akavuga aho we abarizwa

Nyuma y’aho raporo y’impuguke z’umuryango w’Abibumbye ivuze ko imitwe yitwaje intwaro irimo n’iyo mu Burundi, ifite uruhare mu guhungabanya umutekano wa Congo, Hussein Radjabu bivugwa ko akuriye FOREBU ivugwa muri iyi raporo arahakana kuba muri uyu mutwe. Iyi raporo ivuga ko uyu mutwe wa FOREBU urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uyobowe na Col Eduard Nshimirimana, wungirijwe […]

Afurika y’Epfo; Minisitiri ushinjwa guhohotera umugore bahuriye mu kabyiniro yeguye

Minisitiri wungirije mu gihugu cya Afurika y’Epfo, ukurikiranweho icyaha cyo guhohotera umugore bahuriye mu kabyiniro, yeguye ku mirimo ye nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida kuri uyu wa Gatandatu. Amafoto agaragaza minisitiri wungirije w’amashuri makuru, Mduduzi Manana, ahohotera uwo mugore yagaragaye mu ntangiriro z’uku kwezi ateza umwuka mubi muri sosiyete sivie no mu mashyaka atavuga rumwe […]

Muhanga: Imiryango ituriye ibirombe by'amabuye y'agaciro ishonje ihishiwe

Nyuma y’ubushakashatsi bwakorewe mu Tugari dutatu two mu Murenge wa Muhanga mu ngo zisaga 190 zivukamo abaturage bakora mu birombe by’amabuye y’agaciro,Umuryango urwanya ubukene n’ibibazo bibushamikiyeho mu Karere ka Muhanga (BSD) ugaragaza ko imiryango ituriye ibirombe by’amabuye y’agaciro ishonje ihishiwe. BSD ivuga ko ibibazo by’ubukene biterwa no kuba abaturage bajya gushaka akazi mu birombe by’amabuye […]

Uganda: Abasirikare 2 bakurukiranyweho gukubita umuntu agapfa

Abasirikare 2 bo mu gisirikare cya Uganda, UPDF bakurikiranyweho gukubita umuturage wo mu gace ka Mutungo gaherereye mu Majyepfo ya Uganda kugeza ashizemo umwuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa polisi ikorera muri Kariya gace, Emilian Kayima ngo aba basirikare 2 barimo Pte. Rogers Kasigazi ndetse na Pte. Shaban Musinguzi babanje gutoroka muri iki cyumweru nyuma yo […]

Umukwabu muri Kaminuza y’u Burundi, abasaga 90 batawe muri yombi

Igipolisi cy’u Burundi kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Kanama, cyakoze umukwabu wo gusaka muri Kaminuza y’igihugu gita muri yombi abantu 98 babaga muri kaminuza mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko byatangajwe n’umuvuugizi wa minisiteri y’umutekano n’uw’igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye, ngo uyu mukwabu watumye abantu 98 barimo abantu 78 barangije amasomo yabo ariko bagakomeza kuba […]

Dore amagambo ukwiye kumenya aryohera amatwi y'abakundana

Mumagambo menshi akunzwe gukoreshwa n’abakundana usanga abenshi bifashisha ijambo ndagukunda gusa kuri ubu usanga rimaze kuba nkirimenyerewe cyane mu matwi yabakundana niyo mpamvu bwiza.com twagerageje kubakusanyiriza amagambo asigaye akunzwe gukoreshwa akarusha kuryohera amatwi yabakundana iyo bayabwiwe. amwe muri aya magambo twavuga nka: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1. Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe : Wari wabwirwa […]

Amayeri umukobwa uzi ubwenge yakoresha akigarurira umutima w’umusore kugeza barushinganye

Kubona umukobwa yabona umusore umukunda ni intambwe imwe, no gutuma uwo musore yiyemeza kurushingana nawe (gushinga urugo) ni iyindi ari nacyo ahanini kiba kigamijwe mu rukundo hagati y’umuhungu n’umukobwa. Urubuga rwa internet marriage, bwiza.com ikesha iyi nkuru, ruvuga ko ngo hari abo usanga bakundana ariko ugasanga igihe umusore agejeje igihe cyo gushaka uwo barushingana ntahitemo […]

Perezida Buhari wari umaze iminsi 100 mu bitaro, yatashye ashimira abamusengeye

Perezida Muhammadu Buhari wa Nigeria yageze mu gihugu avuye mu Bwongereza kwivuza, yashimiye abamubaye hafi by’umwihariko abamusengeraga amanwa n’ijoro. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Kanama 2017, nibwo Perezida Buhari yageze mu gihugu, mu itangazo ryashyizwe hanze na perezidansi ya Nigeria rivuga ko ageze mu gihugu avuye kwivuza uburwayi batatangaje mu Bwongereza aho yari […]

Perezida Kagame ntiyemeranya n'ibyo Macron yibwira kuri Afurika

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron aherutse gutangaza ko ikibazo Afurika ifite ari icya ‘civilisation’ kigaragarira mu miyoborere mibi, kubura demokarasi no kubyara abana benshi, nyamara Perezida Kagame atangaza ko mu bibazo uyu mugabane ufite icya civilisation kitarimo. Ibyo Macron yabitangaje mu nama iherutse guhuriza i Hambourg mu Budage, tariki ya 8 Nyakanga 2017, ibihugu 20 […]

Umwana wa Diamond arimo gukura arushaho gusa na Ivan, umugabo mukuru wa Zari

Umwana w’umuhungu Zari aheruka kubyara akitirirwa Diamond, uko akura niko benshi bamubona mu ishusho y’umugabo mukuru w’uyu mugore, Ivan Ssemwaga umaze amezi 3 apfuye. Prince Nillan, Diamond yita umwana we, ubwo yashyiraga ifoto ye ku rukuta rwe rwa Instagram, nibwo benshi bahise batangaho ibitekerezo bagaragaza ko asa neza n’umugabo mukuru wa Zari. Ikinyamakuru cyo muri […]

Umugore wanjye yitanze matela twararagaho mu rusengero, mutuma kuyigarura akandusha umujinya- Nkore iki?

Muraho abo kuri Bwiza.com, nitwa Mugemana ntuye mu karere ka Musanze, mfite ikibazo gikomeye maranye icyumweru kimwe, ariko ndabona kirarusenya pe. Mu cyumweru gishize nari ndi i Kigali nagiye kurangura ibicuruzwa, nagiye ku wa Gatandatu ndarara ntaha ku cyumweru, nageze aho nkorera mbanza gupakuruza ibicuruzwa ntaha nka 20:00, nakiriwe n’umufasha nkuko bisanzwe ikibazo kivuka ngeze […]

Leta y’u Burundi ntiyemera cyangwa ihakane ko hari intwaro irimo kohereza muri Congo rwihishwa

Raporo inzobere za Loni zashyikirije akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi, igaragaza ko Leta y’u Burundi irimo kohereza intwaro muri Congo zishyirwa inyeshyamba ziyiri inyuma ngo zibashe guhashya imitwe iyirwanya. Akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi, kashyikirijwe iyi raporo n’izo mpuguke ku wa Kane tariki ya 17 Kanama 2017, bagaragaza impungenge […]

Impamvu yaba yarakuye Danny Nanone muri Incedible

Umuhanzi Danny Nanone, ntakibarizwa mu nzu itunganya umuziki ya Bagenzi Bernard yitwa Incredible Records, n’ubwo ba nyiri ubwite bemeza ko amasezerano bari bafitanye yarangiye ntiyongerwe, Bwiza.com dufite amakuru yizewe yemeza ko amafaranga ariyo yatandukanyije aba bombi. Mu kiganiro n’umwe mu nshuti za hafi z’aba bombi, utashatse ko amazina ye tuyatangaza muri iyi nkuru, yadutangarije imvo […]

Waeni, umwana muto wakiriwe na Perezida Kagame yamwifurije akazi keza muri manda nshya

“Ndabifuriza ishya n’ihirwe ndetse no kumererwa neza ku buyobozi bw’igihugu, ndanabyifuriza abaturage badasanzwe b’u Rwanda, kuri uyu munsi w’irahira rya Perezida Kagame.” Aya ni amagambo agaragara ku rukuta rwa Twitter rwa Wendy Waeni, umwana w’umukobwa w’umunyakenya w’imyaka 12 uzwiho impano zidasanzwe, yanditse ku wa Gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, ku munsi nyirizina w’irahira rya […]

Urubyiruko rwibumbiye mu muryango CEVAA rurashima iterambere u Rwanda rugezeho

Urubyiruko rugera kuri 80 rwavuye mu bihugu 35 byo ku isi ruje kwigira mu Rwanda gahunda zitandukanye cyane uburyo babungabunga amahoro, umutekano hamwe n’ubumwe n’ubwiyunge, rwashimye iterambere rugezeho. Ni urubyiruko rwibumbiye mu muryango CEVAA (Communaute Evangelique d’Action Appostolique), umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu muryango ku isi, Rev.Pastor Emmanuel Desire Johnson wo muri Cameroon, avuga ko rwaje mu […]

Ibimenyetso bizakwereka ko ukundwa urukundo rw'iraha

Urukundo ni ijambo abantu benshi bashobora gusobanura uko babyumva bitewe n’imyumvire yabo, nyamara uko byandenda kose ugamba kumenya ko hariho urukundo rw’ukuri n’urukundo rw’ibinyoma. Mu rukundo rw’ikinyoma rero habamo igice kimwe cy’urukundo rushingiye ku iraha ari na rwo tugiye kugarukaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibintu by’ingenzi byakwemeza ko urukundo urimo ntakabuza ari agahararo (iraha) rudateze kuramba. […]

FDLR n’igisirikare cya Congo mu kiraka cyo kurwanirira Perezida Nkurunziza w’u Burundi

Raporo nshya y’impuguke za Loni igaragaza ko inyeshyamba za FDLR zikorana n’igisirikare cya Leta ya Congo, by’umwihariko bakaba bahangana n’inyeshyamba zitandukanye z’Abarundi barwanya Leta iriho mu Burundi. Iyo mitwe y’inyeshyamba muri iyi raporo bavuga Red Tabara na FNl-Nzabampema, ariko cyane cyane bakagaruka kuri FOREBU ko ari wo mutwe w’inyeshyamba ugizwe n’Abarundi barwanya Leta y’u Burundi […]

Umukire wo muri Afurika arashaka kugura Arsenal akirukana Wenger

Umugabo ubarirwa mu baherwe ba mbere muri Afurika, Aliko Dangote, wo mu gihugu cya Nigeria, yatangaje ko yifuza kugura ikipe ya Arsenal, akabona uburyo yirukana umutoza wayo Arsene Wenger. Uyu mugabo watunguranye kubera amagambo yatangaje, yavuzeko umunsi wa mbere azemererwa kugura iyi kipe ikaba iye, akazi ke ka mbere ari ukwirukana Arsene Wenger. Mu kiganiro […]

Twagiramungu ukekwaho kugira uruhare muri jenoside yagejejwe mu Rwanda

Umunyarwanda Twagiramungu Jean ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yagejejwe mu Rwanda, aho azaburanira ibyo byaha. Mu ipantalo y’itiriningi hasi n’umupira utukura hejuru, Twagiramungu yagejejwe ku kibuga cy’Indege i Kanombe ahagana saa kumi n’imwe z’igicamunsi cyo kuri uyu wa 18 Kanama, ashyikirizwa u Rwanda, mu maboko y’abapolisi babiri bahise bamwambika amapingu. Uyu mugabo ari […]

Abanyarwanda bajyaga kwivuza no gutererwamo impyiko mu mahanga bagiye koroherezwa

Abanyarwanda barindwi barangije icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu bijyanye no kuvura impyiko, bagiye kwimenyereza mu Buhinde, aho bazongerera ubumenyi mu kwita ku bazirwaye, muri iki gihugu kizwiho kuba cyarateye imbere muri urwo rwego rw’ubuvuzi. Iyo ni intambwe itewe mu Rwanda nkuko bitangazwa na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, uvuga ko aba baforomo bazafasha abarwaye […]

Ibihugu by’Afurika bibi ku buryo bigoye kubitembereramo bitewe n’amateka bifite

Ibihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika bifatwa nk’icyitegererezo haba mu miyoborere, iterambere ndetse no mu bijyanye no kubungabunga amahoro. Gusa nubwo ibi bihugu byaba byinshi, ntibikuraho ko hari n’ibindi bishobora no kuba ari byo bicye ariko umuntu atapfa gutinyuka gutembereramo cyangwa gushoramo imari bitewe n’amateka bifite cyangwa imiterere ya byo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru ni […]

Bujumbura: Ibitero 2 bya grenades byahitanye umuntu bikomeretsa benshi

Umuntu umwe yishwe mu gihe abandi 29 bakomerekeye mu gbitero bibiri u Burundi buvuga ko ari iby’iterabwoba byagabwe mu Buyenzi, muri Komini Mukaza mu murwa mukuru, Bujumbura. Pierre Buyoya, U Rwanda, n’ibihugu bitandukanye baratungwa urutoki. Kuri uyu wa kane, itariki 17 kanama ahagana saa mbiri z’ijoro nibwo Pierre Nkurikiye, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi ndetse n’uwa […]

Luis Suarez agiye kumara ukwezi adakandagiza ikirenge mu kibuga

Luis Alberto Suarez Diaz, rutahizamu w”ikipe FC Barcelona yagize ikibazo cy’imvune ku mukino wa El Classico wo kwishyura, kizatuma amara ukwezi kose atagaragara mu kibuga. Uyu musore w’imyaka 30 y’amavuko wavukiye mu gace ka Salto ho muri Uruguay, iyi mvune yayigize mu mukino wo Kwishyura, wahuje ikipe ya Fc Balicelona na Real Madrid kuri Santiago […]

Rusizi: Bahangayikishijwe n’abana bata ishuri kubera inda zitateganijwe

Bamwe mu babyeyi bo mu kagari ka Rasano mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi baravuga ko bakomeje guhangayikishwa n’umubare munini w’abana babo biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bakomeje gutwara inda zitateganijwe bikabaviramo guta amashuri. Ikibabaje cyane ngo ni uko abatera izo nda bahishirwa. Aba baturage barasaba ubuyobozi guhagurukira iki kibazo ugaragaweho gutera inda […]

Gukosora inkuru yatangajwe n’ikinyamakuru “Bwiza.com” kuri gahunda ya TMM

Ku itariki ya 26 Kamena umwaka wa 2017, ikinyamakuru “bwiza.com” cyasohoye inkuru ifite umutwe ugira uti “ Ibibazo biri mu miryango y’Abanyarwanda ni imbogamizi kuri gahunda yo gufunga ibigo birererwamo abana” (www.bwiza.com/ibibazo-biri-mu-miryango-yabanyarwanda-ni-imbogamizi-kuri-gahunda-yo-gufunga-ibigo-birererwamo-abana/). Nyuma yo gusoma no gusesengura iyi nkuru twasanze ifite inenge, amakosa n’amakuru anyuranye n’ukuri Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abana (NCC) ishyira mu bikorwa gahunda […]

Uganda: Impunzi ziva muri Sudani y’Epfo zimaze gusaga miliyoni

Impunzi z’Abanya-Sudani y’Epfo muri Uganda zimaze gusaga miliyoni nk’uko bitangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi risaba ko hakongerwa inkunga yo kwita kuri izi mpunzi ziganjemo abagore n’abana. Itangazo HCR yashyize ahagaragara riravuga ko kuva mu mezi 12 ashize muri Uganda hinjira impunzi 1,800 buri munsi ziturutse muri Sudani y’Epfo . Usibye miliyoni isaga y’izi […]

Gushaka uko Perezida Kabila yava ku butegetsi byahurije Abanyecongo i Burayi

Abagize Imiryango myinshi ya sosiyete sivile muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye mu nama mu Bufaransa bigiramo uko perezida Joseph Kabila yava ku butegetsi. Iyi miryango yahuriye mu Bufaransa muri Hotel Dolce iri mu ishyamba rya Chantilly, mu nama yasojwe ku wa kane w’iki cyumweru, tariki ya 17 Kanama itangiye ku wa 15. Mu […]

Umukobwa wavutse atagira igitsina yabonye umukunzi

Umukobwa witwa Kaylee Moats akomoka muri leta ya Arizona. Uyu mukobwa yahuye n’ikibazo cy’uburwayi yatewe n’agakoko ka Mayer Rokitansky KĂ ÂŒster Hauser syndrome (MRKH) gatuma umuntu abasha kuvuka atagira igitsina ariko ibindi bice by’umubiri bimumenyekanisha uwo ari we akaba abyujuje. Ni muri urwo rwego uyu mukobwa wo mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko aherutse kubona umuhungu w’umusore […]

Rubavu: Abaturage barataka inzara n’ubukene bagashinja akarere gufunga aho bakuraga amaramuko

Akarere ka Rubavu kahagaritse abaturage bacukura umucanga mu mugezi wa Sebeya ndetse n’ababumba amatafari, akazi abaturage bavuga ko kari gatunze abasaga ibihumbi bitatu. Mu kiganiro na bamwe muri abo baturage bavuga ko batazi impamvu akarere kahisemo kubahagarika ndetse ngo bikaba byatangiye kubagiraho ingaruka zikomeye zirimo no kubura ibyo barya. Aba baturage bashimangira ko bakoraga ako […]

Amafoto 10 asekeje wareba akagufasha kuruhuka neza- AMAFOTO

Kuruhuka mu mutwe si ukuryama ugasinzira gusa, ushobora no kureba ibikunezeza ukishima ugaseka, nabwo ni uburyo bwo kuruhura ubwonko bukava mu byo wiriwemo bukagira n’akanya ko kuruhuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego Bwiza.com yabakusanyirije amafoto atandukanye, asekeje amwe agaragaza umuco w’ibihugu, andi akagaragaza ibizazane bamwe bagize kimwe n’agaragaza udushya tuba tugaragara hirya no hino. […]

Ibihugu byo muri Afurika bimaze kugura intwaro nyinshi mu Bufaransa kuva mu 2012

Ibihugu byo mu majyaruguru ya Afurika nibyo biza imbere ku rutonde rw’ibihugu byo kuri uyu mugabane bigura intwaro nyinshi mu gihugu cy’u Bufaransa, aho ikiza imbere ari Misiri imaze kugura intwaro zifite agaciro ka miliyari 2,7 z’Amayero nk’uko bigaragara muri raporo yashyikirijwe inteko ishinga amategeko ku igurisha ry’intwaro muri Afurika yo muri Nyakanga 2017. Iyi […]

Iterabwoba:Imodoka yagongeshejwe imbaga i Barcelona 15 bahasiga ubuzima

Abantu 15 baguye mu bitero by’iterabwoba byabereye i Barcelone mu ntara ya Catalonia muri Espagne ubwo umuntu wari utwaye imodoka y’ikamyo yayigongeshaga imbaga ahitwa Las Ramblas muri uwo mujyi. Uwo mushoferi wari utwaye imodoka yo mu bwoko bwa van yacitse agenda n’amaguru, ahita atangira guhigwa na polisi. Las Ramblas ni umuhanda inkengero zawo ziba zuzuye […]

Reba amashusho y’umugabo uri kuhagira uruhinja yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga

Mu gihe ahenshi muri Afurika bimenyerewe ko gukarabya abana, kubagaburira cyangwa kubahindurira imyenda mu gihe biyanduje n’ibindi bifatwa nk’imirimo y’abagore n’abakozi, amashusho yagaragaye ku mbga nkoranyambaga y’umugabo wuhagira akana k’agahinja yavugishije abatari bacye mu bamukurikira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo wo mu gihugu cya Nigeria witwa Eneh Basil Chukwunonye yagaragaye yuhagira umwana w’uruhunja ubona umaze nk’amezi […]

Ese muri USA naho hashobora kuba Jenoside? Uko umuhanga ahuza ibyabaye Charlottesville n’ibyabaye mu Rwanda

Impuguke mu bijyanye no kumenya ahahise h’umuntu n’aho ageze cyangwa Anthropologist mu rurimi rw’Icyongereza, Prof. Jennie Barnet wo muri Kaminuza ya Leta ya Georgia muri Atlanta ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagereranyije ibiherutse kubera mu mujyi wa Charlottesville muri weekend ishize n’ibyabanjirije Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Uyu muhanga avuga ko kuba perezida […]

Polisi yAfurika y’Epfo yatangatanze imipaka ngo Grace Mugabe atabaca mu rihumye

Polisi ya Afurika y’Epfo yatangaje ko umutekano ku mipaka y’iki gihugu ugomba gukazwa kugirango umugore wa Perezida Robert Mugabe atabona aho amenera ava muri iki gihugu akekwamo guhohoteramo umwana w’umukobwa wari kumwe n’abahungu be. Uyu mugore, Grace Mugabe arashinjwa gukubita no gukomeretsa umukobwa w’umunyamideri uzwi muri Afurika y’Epfo witwa Gabriella Engels , w’imyaka 20 y’amavuko, […]

Umupasiteri akurikiranyweho kwiba amafaranga y’umwe mu bayoboke be

Umukozi w’Imana akaba n’umuyobozi y’itorero God’s Healing Power riherereye mu gace ka Nabweru muri Uganda akurikiranyweho kwiba amafaranga y’umwe mu bayoboke b’itorero rye w’umugore angana na Miliyoni 20 z’Amashilingi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore witwa Kyomuhendo ngo yagiye kuri uyu mupasiteri ngo baganire ku ijambo ry’Imana ariko bakaba bari banafite amateganiro yagombaga kubera mu rugo rw’uyu […]

Kim Kardashian yahishuye igitsina cy’umwana biteguye kwakira

Nyuma y’aho Kim Kardashian na Kanye West bumvikaniye n’umugore wagombaga gutwita umwana wa bo wa Gatatu, Kim Kardashian yatangaje ko biteguye kwakira umwana w’umuhungu. Mu kiganiro Kim Karadashian yagiranye n’ikinyamakuru The Hollywood Reporter, Bwiza.co ikesha iyi nkuru, cyasohotse ku wa 16 Kanama 2017, uyu mugore yahishuye ko umugore ubatwitiye azababyarira umwana w’umuhungu, uzaza asanga abandi […]

U Budage burohereza mu Rwanda Twagiramungu ukekwaho uruhare muri Jenoside

Umunyarwanda Jean Twagiramungu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aragera mu Rwanda uyu munsi nyuma yo koherezwa n’u Budage . Uyu mugabo ukekwa kugira uruhare muri jenoside mu cyahoze ari Gikongoro mu Ntara y’Amajyepfo, ubu ni mu ntara y’Amajyepfo, yafatiwe muri iki gihugu mu mujyi wa Frankfurt mu myaka ibiri ishize. Ubwo yagezwaga imbere […]

Gasabo: Umupasiteri n’umugore we bakurikiranweho gukorera iyicarubozo umwana w’imyaka 4

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo Kuri uyu wa kane, itariki 17 Kanama 2017 bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo Umupasiteri n’umugore we batuye mu Mudugudu wa Kamashashi , Akagali ka kabuga II, Umurenge wa Rusororo ho mu Karere ka Gasabo, icyaha cy’iyica rubozo n’ibindi byaha by’ihohoterwa bakekwaho kuba barakoreye umwana w’imyaka 4 uyu mupasiteri yabyaranye […]

Trump aravuga ko amateka ya Amerika arimo gusibanganywa n’Abanyamerika

Perezida wa Leta Zunze Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko amateka n’umuco by’iki gihugu birimo kurandurwa kubera kumanura ibibumbano n’ibituro byibutsa igihe cy’ivangura ry’amoko n’ubucakara. Amagambo ya Perezida wa Amerika aje nyuma y’urukurikirane rw’ibyo yanditse ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter umuntu umwe amaze kwicwa n’umutwe w’abazungu b’abahezanguni mu mujyi wa Charlottesville. Yiciwe mu […]

Mali: Uwangije inyubako z’amateka Timbuktu yasabwe kwishyura miliyoni 3 z’amayero

Intagondwa y’umuyisilamu ufungiwe kuba yarangije inyubako za kera i Timbuktu yasabwe n’ubucamanza kwishyura ihazabu y’ibyononekaye ibarirwa hafi kuri miliyoni eshatu z’amafaranga y’amayero. Ahmad al-Faqi al-Mahdi yakatiwe imyaka icyenda n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC muri Nzeri umwaka ushize nkuko Bwiza.com ibikesha BBC. Yiyemereye ko yari ayoboye inyeshyamba zangije inyubako ndangamurage ahantu harinzwe n’umuryango w’abibumbye muri Mali […]

Amakosa 5 akomeye atuma urukundo rusenyuka

Hari ubwo usanga abantu bakundana by’ukuri ndetse urukundo rwabo rukomeye ariko amakosa amwe n’amwe ugasanga ararusenye burundu. Menya ayo makosa kugirango utazayagwamo, urukundo rwawe na we rugasenyuka utabizi cyangwa utabishaka. Dore amwe muri ayo makosa: Kumva ko uzategeka uko ukundwa Akenshi hari abantu bumva ko bagomba kwishyiriraho uko bakundwa bigasa nkaho gukundwa kwabo aribo bagomba […]

Umwana w'imyaka 10 wafashwe ku ngufu yabyaye adahishuriwe ibanga

Akana k’agakobwa k’imyaka 10 kasambanyijwe ku ngufu nyuma kakangirwa kuvanamo inda n’urukiko rw’ikirenga uyu munsi kabyaye umukobwa. Aka kana ko mu Buhinde ntabwo kazi ko kabyaye kubera ko igihe kari gatwite kabwiwe ko mu nda yako harimo ibuye rinini. Kabyaye uruhinja rupima 2.5kg kandi kabyara kabazwe nkuko inkuru Bwiza.com ikesha BBC ibigaragaza. Ubutegetsi buravuga ko […]

Inkubiri y’ifungwa ry’amashuri makuru ntiyaba yarirengagije itegeko riyagenga?

Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru mu Rwanda(HEC) yahagaritse amashuri n’amashami nyuma y’igenzura ryakozwe bagasanga batujuje ibisabwa. Iri fungwa ryagize ingaruka ku babyeyi, abanyeshuri, abarezi n’abakozi bakoraga muri kaminuza n’amashuri makuru yafunzwe. Aya mashuri yahagaritswe muri Werurwe 2017. Ni Rusizi International University,Singhad Tehcnical Education Society(STES) , Mahatma Ghandi University-Rwanda na Nile Source polythechnic of applied arts. Hari […]