Dore amafoto y'ikiraro cya mbere kirekire ku isi
Leta y’u Bushinwa iherutse gufungura ku mugaragaro ikiraro bivugwa ko ari cyo kirekire ku isi gica mu kirere, iki kiraro kukaba gihuza imisozi 2 iteganye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki kiraro kiri muri parike ya Zhangjiajie iherereye mu ntara ya Hunan iri mu gihugu hagati, gifite uburebure bwa metero 430 uturutse ku ruhembe rwo hakurya kugera hakuno […]
Perezida Trump yashimiye uwa Koreya ya Ruguru wahagaritse gutera ibisasu ku butaka bwa Amerika
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yashimiye mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, ko yahagaritse umugambi wo gutera ibisasu ku butaka bwa Amerika. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Donald Trump yabwiye mugenz Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru, ko kuba yahagaritse umugambi wo kugerageza ibisasu babyohereza i Guam, ubutaka bwa […]
Ese Kazungu uvugwa mu ndirimbo 'Bihibindi' ya Fireman yaba ari Jay Polly?
Birakekwa ko amagambo Umuraperi Fireman yaririmbye mu ndirimbo âBihibindiâ, avugamo umuntu yise Kazungu witukuje yavugaga umuhanzi mugenzi we Jay Polly nâubwo uyu muhanzi we adashaka kwerura ngo abyemeze. Mu minsi ishize ni bwo Fireman wahoze mu itsinda rya Tuff Gangz, yashyize hanze indirimbo yise ââBihibindiââ, mu magambo yâiyi ndirimbo hari izina yagarutseho rya “Kazunguââ, abakunzi […]
Abagore bâabaperezida 5 bazwiho kuba baracaga inyuma abagabo ba bo muri Afurika
Mu gihe usanga abakuru bâibihugu bimwe na bimwe barangwa nâingeso yo gutunga abagore barenze umwe muri Afurika, ndetse nâufite umugore umwe wâisezerano ugasanga amuca inyuma, hari abagore bâabakuru bâibihugu na bo bagiye barangwa no guca inyuma abagabo ba bo guhera mu bihe byashize. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yabakoreye urutonde rwâabagore 5 bazwi ho kuba […]
Nk'undi mukinnyi wese, nanjye nifuza gukinira ikipe y'igihugu- Danny Mwiseneza
Mwiseneza Danniel uzwi nka Danny wahoze ari myugariro w’ikipe ya Mukura Victory Sports kuri ubu wamaze kwerekeza mu ikipe ya Musanze Fc aratangaza ko umwaka utaha w’imikino 2017-2018 afite ingamba yafashe zizamufasha kwitwara neza. Danny waciye mu makipe agiye atandukanye nka Kirehe Fc , akahava yerekeza muri Kiyovu Sport agakinamo igihe cyingana na amezi 2, […]
Abagore bahagarariye u Rwanda na Kosovo muri Amerika baganiriye agahinda kâubuhunzi banyuzemo
Mukantabana Mathilde na Vlora Ă âĄitaku bahagarariye ibihugu byabo muri Leta zunze ubumwe za Amerika bombi babaye mu nkambi zâimpunzi bakiri bato, kandi ibihugu byabo byabayemo jenoside. Baganiriye inzira yâumusaraba banyuzemo, kugeza babaye abo baribo ubu. Ni mu kiganiro Politico’s Women Rule podcast. Vlora Ă âĄitaku ukomoka muri Kosovo yahungiye muri Masedoniya ku myaka 18, naho Mukantabana […]
Muri Kaminuza yâu Burundi haravugwa umwuka mubi hagati yâabanyeshuri ushobora kuvamo ihangana
Amakuru aturuka mu itangazamakuru ryâu Burundi aravuga ko abanyeshuri bo muri Kaminuza yâu Burundi, muri campus ya Mutanga, babarizwa mu rubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD ruzwi nkâImbonerakure, bari guhohotera bagenzi babo, aho usanga ngo ari bo bashyiraho amategeko agenga imyitwarire muri kaminuza, ndetse ngo bagakora irondo ninjoro bitwaje impiri ari ko bagenda bakubita bagenzi babo bâabanyeshuri bahuye. […]
Perezida Mugabe yerekeje muri Afurika yâEpfo gukurikirana ibyâumugore we wakubise umuntu
Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe ari muri Afurika yâEpfo ku buryo butunguranye, aho yagiye gukurikirana ibibazo byâumuryango we birimo ibyâumugore we uherutse gukubitirayo umwana wâumukobwa ndetse nâibyâabahungu be bavugwaho imyitwarire idahwitse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya makuru Bwiza.com ikesha BBC avuga ko perezida Mugabe yari ategerejwe muri kiriya gihugu kuwa Gatandatu, aho yari kuzaba yitabiriye inama yâabakuru […]
Ndi umukobwa wâimyaka 27,ndashaka umukunzi ufite gahunda utagamije ubusambanyi
Nitwa Nikuze Emelyne, ndi umukobwa wâimyaka 27, ntuye mu ntara yâAmajyepfo nkaba nifuza umusore tubyumva kimwe, nyabuneka sinshaka abantesha umutwe kuko ntabwo nshaka ugamije ubusambanyi. Si mvuze ngo ndashaka umusore usa utya cyangwa ukora iki cyangwa kiriya, icyo nshaka ni umusore ufite gahunda yo gukunda apana ibyo gukina cyangwa gushurashura, anyandikire kuri iki kinyamakuru bwiza.com. […]
RDC: Loni yemeje ko impuguke zayo, Sharp na Catalan, zishobora kuba zarishwe nâinyeshyamba
Iperereza ryâUmuryango wâAbibumbye ryasanze impuguke 2 zawo ziherutse kwicirwa muri Congo zishobora kuba zarishwe nâinyeshyamba, ariko ngo nubwo nta bimenyetso bihari ntibikuyeho ko haba hari abandi babigizemo uruhare. Micheal Sharp, umunyamerika wari umuhuzabikorwa wâitsinda ryigenga ryari rishinzwe kugenzura uko ishyirwa mu bikorwa ryâibihano ryubahirizwa, na Zaida Catalan, Umunyasuedekazi bari kumwe, bishwe kuwa 12 Werurwe bari […]
Kayonza: Umukecuru wasabiwe nâAbadepite kubakirwa amaze umwaka agisembera
Musaniwabo Josiane ufite imyaka 63 utuye mu mudugudu wâAkabarima mu kagari ka Nkamba, Umurenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza, arasaba gutabarwa kubera ubuzima bubi abayemo nâinkunga Abadepite bamusabiye amaze umwaka ayitegereje amaso yaheze mu kirere. Ubwo Abadepite basuuraga umurenge wa Ruramira, yabagejejeho ibibazo afite, abayobozi basabwa kumufasha akabona icumbi ndetse nâinkunga ya VUP, umwaka […]
Nigeria: Umuhanzi wa Gospel wari warihimbye Yesu yahitanywe nâimpanuka
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanzi wâindirimbo zihimbaza Imana wo muri Nigeria witwa Bishop Fernandez wari warihimbye Yesu yapfuye azize impanuka yâImodoka. Uyu muhanzi wabiciye bigacika muri kiriya gihugu yamenyekanye cyane mu nsirimbo zisingiza iyo mu Ijuru ariko na none abantu bakaba batavugaga rumwe ku izina yihimbye rya Yesu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore wari ukiri muto ngo yihimbye […]
Uganda: Yatawe muri yombi azira kwiyita umuvandimwe wa AIGP Kaweesi ashaka indonke
Igipolisi cya Uganda muri Masaka cyataye muri yombi umusore wâimyaka 29 wagendaga yiyita umuvandimwe wa nyakwigendera AIGP Andrew Kaweesi. Uyu witwa Mubarak Mucunguzi, waniyitaga Mubarak Munyagwa, yafatiwe nâabapolisi ahitwa Kayirikiti mu mujyi wa Nyendo. Umuvugizi wâigipolisi mu karere, Lamech Kigozi, avuga ko uyu yafashwe arimo kwaka amafaranga umuntu ucunga akabari kari mu mujyi yafatiwemo. [xyz-ihs […]
Rubavu: Imiryango 24 yâAbanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho
Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania batujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, mu Ntara yâIburangerazuba, ntibishimiye ubuzima babayemo, aho bavuga ko bimwe ibyangombwa byâamazu nâibyâimirima bahawe ndetse ngo nâabasirikare bakaba bababuza guhinga kuko umutekano utizewe neza. Imiryango igera kuri 24 yâAbanyarwanda birukanwe muri Tanzania niyo yatujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu […]
Buravan nta nshuti yâumukobwa agira nubwo akundwa na benshi- Ikiganiro kirambuye
Abakunzi ba Bwiza.com, bagenda badusaba kuganiriza bamwe mu byamamare bakunda, kuri iyi nshuro twaganiriye nâumuhanzi Buravan uzwi cyane mu ndirimbo Malaika, Bindimo, nâizindi agira byinshi avuga ku buzima bwe. Kurikirana ikiganiro kirambuye twagiranye: Bwiza: Uratangira utwibwira? Bravan: Nitwa Dushime Burabyo Ivan, navutse tariki ya 27 Mata 1995, mvuka mu muryango wâabana 6 ndi umuhererezi. Bwiza: […]
U Buhinde: Byinshi ku gace kâicyaro kahawe izina rya Trump
Izina Trump, ni izina ryaakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru bitandukanye hiryo no hino ku isi, kuva perezida wâAmerika Donald Trump yatangira kwiyamamariza kuyobora Amerika. Nyamara, iri zina ryahozeho kuko hari inyubako ze ndende ziri muri Amerika zamwitiriwe ariko zikaza kumenyekana aho na we amenyekaniye nkâumukandida ku mwanya wa perezida wâAmerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aha bwiza.com yavuga […]
Muhanga: Ubuyobozi bwâakarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo byâubukwe
Ubuyobozi bwâakarere ka Muhanga, bwunze umuturage witwa Minani Sylvestre nâumunyamabanga Nshingwabikorwa wâakagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe wamennye amafunguro ku munsi wâubukwe ngo ntibagiye kwamamaza. Muri Nyakanga nibwo Minani yari afite ubukwe, ubwo yakiraga abashyitsi mu rugo ngo nibwo umunyamabanga nshingwabikorwa wâakagari, Uwimana Fotide yahabasanze adobya ibirori, abaturage bakamushinja kubamenera amafunguro [ibyo kurya no […]
U Rwanda mu nzira zo kuba icyanya cyâikoranabuhanga mu byâubuvuzi bwa cancer muri Afurika
Ikigo L.E.A.F. Pharmaceuticals gifite icyicaro i Valley Forge, muri Leta ya Pennsyvania, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kikaba gifite intego yo kuvumbura, guteza imbere no gushyira ku isoko imiti igezweho yizewe ya cancer, kiratangaza ko kigiye gufungura icyicaro cyacyo mu Rwanda nka L.E.A.F. Rwanda Ltd kizaba giherereye i Kigali. Iri shami rya L.E.A.F. Pharmaceuticals […]
Uganda: Abakozi ba leta 6 bahagaritswe ku kazi kubera imyambarire idahwitse
Abakozi 6 bâakarere ka Ntungamo muri Uganda bahagaritswe ku mirimo ya bo kubera ikibazo cyâimyambarire mu kazi abayobozi ba bo bakuru bavuga ko idahwitse. Aba bakozi bose bâigitsina gabo bahagaritswe nâumuyobozi mukuru wâurwego rwâigihugu rushinzwe imiyoborere , Kweyamba Ruhemba akaba yabahagaritse avuga ko imyambarire ya bo yaheshaga isura mbi abo bayobora nâabo bakorana ndetse nâakarere […]
Abana 5 bo mu muryango umwe bahiriye mu nzu barakongoka
Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Kyankwanzi muri Uganda iri mu iperereza ku cyaba cyaateje inkongi yâinzu yahiriyemo abana 5 bâabavandimwe. Aba bana 5 bâuwitwa Mohammed Ssali bafite imyaka guhera kuri 12 kumanura, baahiriye mu nzu kuwa Kabiri wâiki cyumweru mu gace ka Butemba ubwo ababyeyi ba bo bari babasize mu rugo bonyine. [xyz-ihs […]
Abagore bo mu cyaro baracyafite imbogamizi nyinshi zituma badakora mirimo ibyara inyungu
Bamwe mu bagore bo mu cyaro, bavuga ko na nubu bakizitirwa no kwirirwa mu mirimo yo mu rugo, ubusanzwe itabarirwa agaciro mu mafaranga, bikababera inzitizi yo gutuma batabasha kwiteza imbere, kuko umwanya munini bawumara ari muri ya mirimo yo mu rugo. Mujawimana Berancille utuye mu kagari ka Gifumba, umurenge wa Nyamabuye, umubyeyi wâabana batatu, avuga […]
Kenya:Raila Odinga watsinzwe mu matora agiye kwiyambaza urukiko rwâikirenga
Raila Odinga wari mukandida watanzwe nâihuriro ryâamashyaka mu matora ya perezida wa Repubulika muri Kenya,yatangaje ko agiye kwiyambaza urukiko rwâikirenga nyuma yo gutangaza ko yibwe amajwi. Mu nkuru igaragara kuri Citizen TV , Odinga yatangaje ko nubwo yari yaravuze ko batazagana urukiko rwâikirenga, bisubiyeho bakaba bagiye kuregera uru rukiko, kuko ngo bibwe amajwi, biciye mu […]
Zambia:Perezida Lungu yatagetse gupima virusi ya Sida n'abatabishaka
Perezida wa Zambia, Edgar Lungu yategetse ko abaturage bose bagiye kujya bapimwa virusi itera Sida batabimenyeshejwe kandi bagahabwa imiti igabanya ubukana mu bitaro byose. Yabitangaje ubwo yatangizaga ubukangurambaga bwo kurwanya Sida, ku wa kabiri mu mu mujyi wa Lusaka nkuko Ikinyamakuru Africanews kibigaragaza. Ibi biranagaragara ku rubuga rwe rwa Twitter, agaragaza ko bigamije guhangana nâikibazo […]
Perezida wa Green Party yareze minisitiri wâubuzima kumwima uruhushya rwo guhinga urumogi
Perezida wâishyaka Green Party mu gihugu cya Zambia, Peter Sinkamba, yajyanye minisitiri wâubuzima mu rukiko amurega kwanga kumuha uburenganzira bwo guhinga urumogi rwo gukoresha mu buvuzi. Bwana Sinkamba mu itangazo yashyize ahagaragara akaba yavuze ko ishyaka rye ryitabaje Urukiko Rukuru rwa Kabwe, ku cyemezo cya minisitiri cyo kwanga kumuha uburenganzira bwo gutumiza, kohereza, no guhinga […]
Umuyobozi wa gurupe ya Whatsap yatawe muri yombi
Urukiko rwa Malindi muri Kenya rwakatiye kuri uyu wa Gatatu gufungwa iminsi 5 ngo hakorwe iperereza ku biganiro bikorerwa muri gurupe ye. Polisi ya Kenya yatangaje ko uyu musore yatawe muri yombi kubera ubutumwa butera ubwoba inzego zâumutekano zo mu gihugu cye bwatangajwe muri gurupe ye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wâurukiko, Yvone Khatambi yavuze ko mu […]
Rubavu: Umurambo wâumukecuru wasanzwe mu ishyamba ryâinturusu
Mu kagari ka Kirerema, umurenge wa Kanzenze mu karere ka Rubavu, habonetse umurambo wâumukecuru Nyirabahizi Gaudence wishwe aciwe umutwe, mu ishyamba ryâinturusu. Ababonye uyu murambo bwa mbere mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, bavuga ko bawusanze mu ishyamba ryâinturusu watangiye kwangizwa nâimbwa. Umunyamabanga nshingwabikorwa wâumurenge wa Kanzenze, Nyiransengiyumva Monique avuga ko uyu mukecuru wâimyaka […]
Kimironko:Abarimo gukoresha imodoka mu igaraji ryafunzwe na RRA barataka igihombo
Abantu batandukanye bafite imodoka bari barimo gukoresha mu igaraji Rwagasore’s Family Garage rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo barasaba ko bafashwa mu gihombo bagize ubwo iri garaje ryafungwaga muri iki gitondo. Iri garaji ngo ryafunzwe ahagana saa tanu zo muri iki gitondo, nyiraryo asabwa kugura akamishini gatanga inyemezabwishyu(EBM), ariko ba nyiraryo bakavuga […]
Dore abantu umusore uri mu rukundo akwiriye kwirinda
Nyuma yâaho bigaragariye ko hari abantu basenya byihuse kandi mu buryo bworoshye umubano wâabikundaniye twifuje kubagezaho abantu umusore agomba kugendera kure kugira ngo abashe kuba mu rukundo ruhamye nâumukunzi we. Inshuti zâumukobwa mukundana nizo zishobora kuba intandaro zâisenyuka zâurukundo rwanyu, Umusore arasabwa kuzitondera cyane. Hari amakosa umusore agomba kwirinda gukora igihe cyose ari kumwe nâinshuti […]
Rutsiro:Abakobwa 400 babyariye iwabo barimo abanduye SIDA babayeho mu buzima bubi
Abakobwa basaga 400 bo mu tugari dutatu muri dutandatu tugize Umurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro babayeho mu buzima bavuga ko ari bubi bwo kutabona ibyâibanze ku buryo hari nâabashobora kubwanduriramo Virusi ya Sida, mu gihe nâabayanduye badatinya kuryamana nâabatikingiye. Aba bakobwa 400 bibumbiye muri Koperative âTwigarurire icyizereâ yâabacikirije amashuri bashingiwe nâumwe mu baturage […]
Burundi: Abacuruzaga imboga n'imbuto mu Rwanda barataka igihombo gikabije
Abagore bâabacuruzi mu Ntara ya Cibitoke ihana imbibi nâu Rwanda, baravuga ko bahangayikishijwe nâibicuruzwa byabo bigizwe nâimbuto nâimboga bagurishaga mu Rwanda none ubu bakaba batakibyemerwe bakaba basaba ko ibibazo biri hagati yâu Rwanda nâu Burundi byashakirwa umuti bagakomeza ubucuruzi bwabo. Kuva ibibazo byo mu Burundi byatangarira, abagore bâabacuruzi bo muri Cibitoke bategetswe kutazongera kugurisha imbuto […]
Sofiane Feghouli wakiniraga West Ham yerekeje mu ikipe yo muri Turukiya
Sofiane Feghouli ukomoka muri Algeria w’imyaka 27 y’amavuko wakiniraga ikipe ya West Ham yamaze kuyivamo yerekeza muri Galatasaray yo muri Turukiya atanzweho asaga milliyoni 4 z’amapawundi, asinyamo amasezerano agera ku myaka itanu. Feghouli wavukiye mu gace ka Levallois Perret ho mu gihugu cy’Ubufaransa, ariko akaba afite ababyeyi bakomoka muri Algeria yamaze kuva mu ikipe ya […]
Nyamasheke: Ikijumba kirarya umugabo kigasiba undi, byahariwe abo mu cyiciro cya 4 cyâubudehe
Bamwe mu baturage bâakarere ka Nyamasheke bavuga ko ibiciro byâibiribwa byatumbagiye cyane, nâabarwarizaga ku bijumba ubu ntibabasha kubyigondera babihariye abishoboye bo mu cyiciro cya 4 cyâubudehe. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâabaremaga isoko rya Tyazo mu murenge wa Kanjongo ahafatwa nkâumujyi wâaka karere, bayitangarije ko bitoroshye kugaburira abana ibijumba muri iki gihe kuko ngo byazamuye ibiciro […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi zahanganye nâigipolisi zibwirwa ko uzongera azafatwa nkâuwateye igihugu
Impunzi zâAbarundi mu Nkambi ya Nduta kuri uyu wa Mbere zashije imyigaragambyo ikomeye biba ngombwa ko igipolisi cya Tanzania kitabazwa abasaga 10 mu mpunzi bakomerekera mu guhangana nâabapolisi, Abigaragambyaga bakaba barasabaga ibyo kurya ndetse nâinkwi zo kubitekesha, dore ko mu minsi ishize izindi mpunzi zatemaguwe nâabaturage ba Tanzania bagiye gusenya inkwi hanze yâinkambi. Biravugwa ko […]
Portugal: Igiti cyagwiriye abizihisaga umunsi mukuru wa Bikira Maria, 12 bahita bapfa (Amafoto)
Ibitangazamakuru byo mu gihugu cya Portugal bitarangaza ko abantu bagera kuri 12 bapfuye bagwiriwe nâigiti mu gihe bari mu birori byo kwizihiza umunsi mukur wâijyanwa mu ijuru kwa Bikira Maria (Asomusiyo). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki giti cyaguye kandi, ngo ni kimwe mu biti byakururaga abakerarugendo benshi mu birwa bya Madeira biri muri kiriya gihugu aho uru […]
Dream Boyz yatangaje icyo ishyize imbere nyuma yo kwegukana Guma Guma
Abahanzi Platini Nemeye na Mujyanama Jean Claude bagize itsinda rya Dream Boyz, baratangaza ko nyuma yo kwegukana Guma guma aho gucika intege ahubwo ko bagiye gukaza umurego. Mu kiganiro kigufi bagiranye na Bwiza.com, ubwo babazwaga ibikorwa bateganya muri iyi minsi bagize bati âAkazi kacu ni ugusohora indirimbo nziza kandi zinyura abantu, nkâuko mubizi tumaze igihe […]
Triangle Rouge: Uduce 5 ku isi duhora dututumbamo intambara tukanabuza abayobozi gusinzira
Utu ni tumwe mu turere two ku isi duhora mu makimbirane, abayobozi baduturiye bagahora bahangayitse ku buryo isaha ku isaha umwe ku ruhande rwe aba ahangayikiye inyungu z’igihugu cyangwa ishyaka rye, ndetse binateganywa ko isaha ku isaha n’intambara yarota. Gusa ayo makimbirane hari nâubwo ubona aba ahuriwemo ibihugu birenze kimwe, ndetse nâuturere tugahangana rumwe mu […]
Umugore nâumugabo bafashwe basambanira aho bategera Gari ya moshi
Umusore utatangajwe amazina yafashwe na kamera asambana nâumukobwa aho bategera Gari ya moshi mu mujyi wa Niw York. Uyu musore wari utegereje umwanya munini hamwe nâabandi, ngo yumvise arambiwe atangira kwishakira ibindi yaba ahugiyeho mu gihe bari bagitegereje Gari ya moshi, mu gihe nâabandi bakoraga ibindi bitandukanye, atangira kwiyegereza umukunzi we bari kumwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Abanyarwanda basaga 90 birukanwe muri Uganda
Abakozi bâurwego rushinzwe abinjira nâabasohoka batangije mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri umukwabu wo guhiga abantu binjira muri Uganda mu buryo bunyuranyije nâamategeko bava mu Rwanda, aho umukwabu uri gukorwa nâabapolisi nâabasirikare bo mu kigo cya Makenke. Abanyarwanda 95 bafashwe bakajyanwa kuri station ya polisi ya Mbarara nyuma bashyizwe muri bus 2 zibasubiza mu […]
Uganda: Urujijo ku waba yarashimuse Sgt (Rtd) Rutagungira hagati yâigipolisi na CMI
Igipolisi cya Uganda mu rwego rwâiperereza ku ibura rya Sgt (Rtd) Rene Rutagungira kuri uyu wa Gatanu ushize cyafashe umugore we, Jacinta Dusangeyezu kimutwara kuri station ya polisi ya Old Kampala kimuhata ibibazo nkâuko tubikesha Chimpreports. Iyi nkuru ikaba ivuga ko igipolisi cya Uganda kirimo gushaka Rutagungira washimutiwe mu kabari kitwa Bahamas Bar mu ijoro […]
Sugira wari utegerejwe nkâumucunguzi mu mukino uzahuza Amavubi na Uganda yavunitse
Umukinnyi wari utegerejweho gufasha ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru Amavubi, mu mukino yari gukinamo na Uganda Cranes mu irushanwa rya CHAN, Sugira Ernest yavunitse igufa ryâumurundi adakinnye uwo mukino, bikavugwa ko ashobora kumara amezi atanu adakina. Uyu musore ukina mu bâimbere bataha izamu wari uherutse gusinya kontara yâumwaka umwe muri APR FC yavunikiye mu myitozo ye […]
Ferwafa yongeye guhomba arenga miliyoni 500 kubera isoko rya hoteli rifutamye
Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda ryongeye kujya mu gihombo giturutse kuri Hoteli yaryo, dore ko ryisanze rigomba kwishyura miliyoni 500 kuri rwiyemezamirimo wagombaga kubaka hoteli ya Ferwafa, gusa bikarangira yambuwe isoko kuko ryatanzwe binyuranyije nâamategeko . Isoko ryo kubaka Hotel ya Ferwafa yitezwe kuzatwara asaga miliyari enye zâamafaranga yâu Rwanda, ku ntango ryari ryahawe sosiyete […]
Rwamagana: Ababana nâubwandu bwa Virus itera SIDA barinubira serivisi bahabwa kwa muganga
Ababana nâubwandu bwa Virus itera SIDA bakurikiranwa nâikigo nderabuzima cya Rwamagana giherereye mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, bavuga ko bahabwa sirivisi zitanoze. Ku wa Mbere tariki ya 14 Kanama 2017, mu masaha ya saa tanu nâigice ubwo Bwiza.com yageraga ku kigo nderabuzima cya Rwamagana, yasanze abakobwa nâabagore bagera kuri 7 bitotombera kubwirwa […]
Ari mu mazi abira nyuma yo kugaragaza amashusho yâumwana we yamuziritse umugozi mu ijosi
Umugore witwa Nauremon Jampasert wâimyaka 28 yâamavuko ari mu mazi abira nyuma yo gushyira ku mbuga nkoranyambaga ifoto yâumwana we wâumwaka umwe yamuziritse umugozi mu ijosi, munsi hariho amagambo ko agiye kumumanika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore wo mu mujyi wa Bankok muri Thailand yavuze ko ibi yabikoze kuko se wâumwana yanze gufata telefone ngo baganire […]
Iyo dusenze abasambanyi nâabasinzi bagakizwa, intego tuba tuyigezeho- Rev. Past Devotha
Umushumba wâitorero âEglise Pentecote Amour de Dieuâ, Rev Past Mushimiyimana Devotha, avuga ko iyo basenze ibitangaza bikaba abasinzi, abasambanyi nâabandi bari mu nzira mbi bakihana, ko intego iba igezweho. Ibi yabitangaje ku wa 13 Kanama 2017, ubwo hasozwaga igiterane cyâiminsi ibiri cyâisanamitima, cyaberaga ku rusengero rwâiri torero ruherereye mu mudugudu wa Rugogwe, akagari ka Bweramvura, […]
Sugira na Bakame bategerejwe nkâabacunguzi mu Mavubi azahangana na Uganda
Umutoza wâikipe yâigihugu Amavubi, Antoine Hey aratangaza ko azongera imbaraga muri iyi kipe ubwo izaba ihura na Uganda mu mukino wo kwishyura uteganyijwe mu mpera zâiki cyumweru mu majonjora ya CHAN 2018. Abo ni rutahizamu Sugira Ernest na Mugisha Gilbert bazasimbura mu rutonde rwâabakinnyi uyu mutoza azifashisha, aribo Aimable Rucogoza(Mambo) ukina mu bâinyuma na Mubumbyi […]
Zimbabwe: Grace Mugabe yishyikirije polisi yâAfurika yâEpfo
Umuvugizi wa polisi yâAfurika yâEpfo, Fikile Mbalula yavuze ko umugore wa perezida Mugabe wa Zimbabwe, Grace Mugabe yishyikirije igipolisi ndetse akanasaba guhita ashyikirizwa urukiko rwa Randburg kuri uyu wa Kabiri. Ni nyuma yâuko mu mpera zâicyumweru gishize, Grace Mugabe yakubise umwana wâumukobwa wâimyaka 20 muri Afurika yâEpfo ubwo yari amusanganye nâabahungu be muri hoteli bacumbitsemo. […]
Perezida wa Misiri yababajwe na Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida wa Misiri Abdel Fattah El Sisi yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali yunamira imibiri ihashyinguye, ahatangariza ubutumwa bwâuko ababajwe nâibyabaye mu Rwanda, asaba ko bitagira ahandi byongera kuba ku Isi. Mu ruzinduko rwâiminsi ibiri arimo mu Rwanda yatangiye uyu munsi ku wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017, Perezida Sisi nyuma yo […]
Inkomoko y'umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya
Umunsi wâijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Assumption of Mary), ni umunsi abantu benshi cyane cyane abo mu idini Gatulika bafata nkâumunsi mutagatifu, kuko ari bwo umubiri wa Nyina wa Jambo wajyanywe mu ijuru. Uyu munsi wizihizwa ahantu hatandukanye ku isi, byagera muri Amerika bikaba nkâihame iyo uyu munsi utahuje nâumunsi wo kuwa Mbere. [xyz-ihs […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru yise Abanyamerika abasazi anasubika gutera ibisasu ku butaka bwabo
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yatangaje ko gahunda yari afite yo gutera ibisasu ku butaka bwa Amerika abaye ayisubitse ngo abanze arebe imyifato yâabo abita Abasazi bâi New York. Mu cyumweru gishize nibwo Koreya ya Ruguru yari yatangaje ko ikomeje ibikorwa byo kugerageza ibisasu byayo, ndetse inatangaza ko ishobora kuzarasa ibisasu bya rutura […]
Nyina wa Diamond yasuye umugore bivugwa ko yatewe inda nâumuhungu we
Ibyo Diamond yahakanye, byakemanzwemo ukuri, nyuma yâaho Nyina wa Diamond asuuriye umugore wagaragaye mu mashusho yâindirimbo ‘Salome’ wavuzweho gukundana no guterwa inda na Diamond. Hamissa aherutse gutangaza ko yibarutse umwana wâumuhungu, kugeza magingo aya ntarahakana cyangwa ngo yemeze niba umwana yabyaye ari uwa Diamond nkâuko byakunze guhwihwiswa. Byabaye urujijo ndetse bamwe mu bâinkwakuzi batangira kwemeza […]
Abasabiriza n'abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye
Igipolisi cyâu Rwanda cyaburiye ababyeyi cyangwa abandi barera abana bakabahatira kujya mu mihanda gusabiriza kivuga ko ukora ibi ashobora gukatirwa imyaka igera kuri 3 yâigifungo. Ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi mu ntara hakunze kugaragara abantu bafite ingeso yo gusabiriza mu mihanda, ahanini biganjemo abagore nâabana, aho usanga rimwe na rimwe […]
Perezida wa Misiri El-Sisi yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw'iminsi ibiri
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rwâakazi rw’iminsi ibiri, ku Kibuga mpuzamahanga cyâindege cya Kigali i Kanombe yageze hafi saa sita z’amanywa yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame. Perezida Kagame yari kumwe n’abayobozi batandukanye barimo uw’Ububanyi n’amahanga, uw’Ubucuruzi Inganda n’Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, Francois Kanimba, uw’Ibikorwaremezo, James […]
Rubavu: Imiryango yâAbanyamulenge yiciwe ababo mu Gatumba irasaba ko ubutabera bwubahirizwa
Abaturage bo mu Mujyi wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu, basaga 1000 bifatanije nâimiryango yâabakongomani bo mu bwoko bwâAbanyamulenge kwibuka ku nshuro ya 13 ubwicanyi bwakorewe Abanyamulenge basaga 166 bwabereye mu Nkambi ya Gatumba mu gihugu cyâu Burundi kuwa 13 Kanama 2004. Insanganyamatsiko yo kubibuka yagiraga iti: â Turwanye Jenoside duharanira ubutabera â Mu batanze […]
Umugore wa Bebe Cool atwite inda ya Gatanu
Umugore w’umuhanzi Bebe Cool wo muri Uganda atwite inda ya Gatanu, ibinyamakuru byo muri Uganda byakomejwe gutebya bivuga ko uyu mugabo mu gutera inda aza mu myanya y’imbere Bebe Cool ubwe niwe wasangije abakunzi be amakuru y’uko umugore we, Zuena Kirema azibaruka umwana we wa 5 mu minsi micye iri imbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muryango […]
Burundi: Umusirikare yishe mugenzi we, umuturage yicwa na grenade
Umusirikare ufite ipeti rya 1er Sergent-Major witwa Ndayizeye ufite numero imuranga mu gisirikare,71296, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yarashwe na mugenzi we aramwica ubwo bari ku birindiro byabo biri ku gasozi ka Nyarutongo, Komini Giteranyi mu Ntara ya Muyinga. Uwakoze ubu bwicanyi ni Caporal Mugabo numero 59847, wahise aburirwa irengero akagenda atwaye imbunda […]
Ese umugore umaze igihe kirekire adakora imibonano mpuzabitsina ububobere yagiraga buragabanuka?
Iki ni ikibazo benshi bagiye bagarukaho mu bagiye batwandikira kuri Bwiza.com, bibaza niba mu gihe umugore amaze igihe kirekire adakora imibonano mpuzabitsina, ububobere yagiraga mu gitsina bwiyongera cyangwa se bugabanuka? Dore uko abantu batandukanye bagiye bagira icyo babivugaho: 1.Umugore [amazina ye yahishwe], njye we narimfite umugabo, hashize imyaka 9 dutandukanye, twatandukanye tumaze kubyarana umwana 1, […]
Umugabo, umugore nâabana 3 bishwe nâibiryo bihumanye
Umuryango wâabantu 5 barimo umugore, umugabo nâabana ba bo 3 bapfuye bazize kurya ibiryo biroze, aba bakaba ari abo mu gace ka Anambra muri Nigeria. Uyu muryango ngo watangiye abana bacisha hasi no hejuru nyuma hakurikiraho umugabo, umugore na we ari na we wari wabatekeye aza guheruka boze bapfa mu masaha atageze no kuri 24. […]
Min. Mushikiwabo yihanganishije Abanya-Sierra Leone nyuma yâinkangu yahitanye abasaga 200
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo, arihanganisha abaturage ba Sierra Leone baburiye abavandimwe nâinshuti mu mpanuka yâinkangu yahitanye abasaga 200 mu nkengero zâumurwa mukuru, Freetown kuri uyu wa Mbere, ndetse amazu menshi akaba yangiritse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Croix Rouge iravuga ko imirambo 205 yajyanywe mu buruhukiro bukuru muri Freetown, mu gihe abasirikare nâabapolisi nabo bari […]
Zimbabwe: Grace Mugabe arashinjwa gukubita no gukomeretsa umukobwa amusanganye nâabahungu be
Umugore wa perezida wa Zimbabwe, Grace Mugabe arashinjwa gukukita umukobwa wo muri Afurika yâEpfo akamukomeretsa ubwo yari amusanze mu cyumba kimwe nâabahungu be baba muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mpera zâicyumweru gishize, nibwo Grace Mugabe yagiye muri Afurika yâEpfo gukurikirana ibibazo byâimyitwarire yâabahungu be 2 baba yo, ubwo yasangaga bari kumwe nâumukobwa wâimyaka 20 […]
U Burusiya inzitizi mu gukurikirana Assad ku byaha byâintambara bifitiwe ibimenyetso simusiga
Uwahoze ari umushinjacyaha mukuru wâinkiko mpuzamahanga zashyiriweho u Rwanda nâicyahoze ari Yougoslavie, uherutse kwegura muri komisiyo yakoraga iperereza kuri Syrie, yatangaje ko ibimenyetso bihagije bihari ngo perezida wa Syrie, Bachar al-Assad akurikiranweho ibyaha byâintambara. Carla Del Ponte, Umugore wâimyaka 70 uhertse kwegura ku wa kane wâicyumweru gishize yatangaje noneho ko Perezida Assad yakurikiranwa kuri ibyo […]