Uganda: 2 Bafunzwe bazira gufatanwa impu zâingwe nâigisamagwe
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kuba ba rushimusi nyuma yo kubafatana uruhu rwâingwe nâurwâigisamagwe bifite agaciro ka miliyoni 2.5 kâamashiringi ya Uganda. Abo bagabo bafashwe ni Isaac Akobo wâimyaka 32 wari umwogoshi mu mugi wa Kapchorwa wafatanywe na Isaac Soyeko bivugwa ko yari afite imyaka 43 yâamavuko; bakaba […]
Umuherwe Makuza Bertin yitabye Imana
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira iryo kuwa Kane, tariki ya 3 Ugushingo 2016, umwe mu baherwe bakomeye mu Rwanda, Makuza Bertin yitabye Imana, uyu musaza akaba yazize urupfu rutunguranye. Amakuru yemeza neza ko uyu muherwe Makuza ku munsi wo ku wa Gatatu yari yaramutse neza nkâuko bisanzwe ndetse ko yafashwe ari mu […]
Ingabo zo mu bihugu by'Afurika zasabwe gusangizanya ubumenyi mu kubangabunga umutekano
Mu nama yâiminsi ibiri yaberaga mu Rwanda ihuza ibihugu byâAfurika mu bijyanye nâamasomo ya gisirikare yasojwe ejo kuwa 1 Ugushyingo 2016, igasozwa nâumugaba wâingabo zâu Rwanda Major General Jacques Musemakweli wari uhagarariye igisirikare cyâu Rwanda; ibihugu nyafurika byasabwe gushyira hamwe mu guhangana nâicyahungabanya umutekano. Muri iyi nama yaberaga muri Kigali Radisson Blu Hotel igasozwa nâumugaba […]
Abashoferi barenga 8 bafashwe bagerageza gutanga ruswa
Gukaza ubukangurambaga nâibikorwa birwanya ruswa muri Polisi yâu Rwanda byatumye hafatwa abashoferi 8, bivugwa ko bageragezaga guha ruswa abapolisi ngo bareke kubacisha ibihano bijyanye nâamakosa yo mu muhanda bari bafite. Abakekwa barimo Jean Bosco Ndabarinze wâimyaka 43, Safari Jean de Dieu wâimyaka 31 bafashwe ku italiki ya mbere Ugushyingo I Nyamirambo barimo gutanga ruswa yâamafaranga […]
U Rwanda mu bihugu bidashyigikira ubwisanzure bwâitangazamakuru ku isi-RSF
Urutonde rwasohowe nâumuryango wâabanyamakuru batagira umupaka Reporters sans Frontieres (RSF) rugaragaza ko ibihugu byinshi byâAfurika, Uburayi bwâuburengerazuba nâumugabane wâAziya bikomeje kugaragaza guhohotera abanyamakuru no kudatanga ubwisanzure buhagije bwo gutanga ibitekerezo. Mu bihugu byo mu karere u Rwanda ruherereyemo nirwo ruri ku mwanya udashimishije ugereranyije nâibindi bihugu kuko ruza ku mwanya wa 161 mu bihugu 180 […]
Ni umusore w'imyaka 26, arashaka umukunzi w'umukobwa w'inzobe unabyibushye mu rugero
Muraho neza nanjye maze gusura uru rubuga ndifuza umukunzi ariko akaba afite urukundo ruhamye kuko nanjye arirwo nifuza kdi nkaba nitegura kurumuha ukonshoboye, Ndi umusore wimyaka 26 ndi imibiri yombi m1 na cm75 nkaba ntabyibushye, ndi umuganga nkora mu bitaro bya Gisenyi ndashaka umukunzi rero umukobwa utari inzobe cyane m1 na cm70 akaba byibura yararangije […]
Ni Denis, arifuza umukobwa bakundana uri hagati yâimyaka (24-26)
Mbaje kubasuhuza ndi ingaragu mfite 27ans ndifuza umukunzi afite imyaka kuva (24-26) ntuye ku rubibe rwâu Rwanda n u Burundi Kanyaru haut uwo mukobwa yoba yarahejeje secondaire yoba afise longueur 1m 65cm 60-70 kg, please contact me on deniskayobera@gmail.com. Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga […]
Ishyaka Ishema rya Padiri Nahimana riraza gukorera mu Rwanda bitarenze uku kwezi
Ishyaka Ishema ryâu Rwanda rya Padiri Thomas Nahimana ryamaze gutangaza igihe rizazira mu Rwanda gutangira ibikorwa byo kwiyamamariza kuzahatanira umwanya wâumukuru wâigihugu mu matora ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2017. [ad id=”44145″] Mu kiganiro Padiri Nahimana, Umunyamabanga mukuru wâishyaka Ishema ryâu Rwanda, Chaste Gahunde, Umunyambanga nshingwabikorwa, akaba nâushinzwe itumanaho, ndetse na Nadine Kasinge umunyamabanga mukuru […]
Burundi: Ifungwa rya Major Desire Uwamahoro ngo rishobora kuryanisha bamwe mu bayobozi
Ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yasakaye hose ko Major Desire Uwamahoro, umupolisi mu Burundi yatawe muri yombi nâurwego rushinzwe iperereza, ubu amakuru ava muri iki gihugu ni uko ifungwa rye rishobora guteza umwiryane mu bayobozi. [ad id=”44145″] Aya amakuru yatangajwe nâikinyamakuru Ubmnews, ni uko Uwamahoro agifungiye muri gereza yâurwego rwâiperereza impaka […]
Maroc: Umwami Mohammed VI yemeye kwishyurira umuhanzi ushinjwa gufata ku ngufu umufaransakazi
Nyuma yâuko umuraperi ukomoka mu gihugu cya Maroc Saad Lamjarred, afatiwe mu gihugu cyâu Bufaransa mu mpera zâicyumweru gishize ashinjwa gusambanya ku ngufu umufaransakazi, Umwami Mohammed VI yemeye kuzishyura ibisabwa nâurukiko byose ngo uyu musore arekurwe. Uyu musore wâimyaka 31 yâamavuko ngo yari yagiye mu Bufaransa mu cyumweru gishize, ategura igitaramo yagombaka kuzakorerayo ku wa […]
Uganda, Kenya nâu Rwanda byashyizeho komite ihuriweho ishinzwe kwamamaza ubukerarugendo
Uganda, Kenya nâu Rwanda byashyizeho komite ihuriweho ishinzwe kwamamaza ubukerarugendo no guteza imbere ahantu nyaburanga hasurwa muri Afurika yâIburasirazuba mu imurikabikorwa rizwi nka World Travel Market Exhibition rizabera I London mu Bwongereza mu ntangiriro zâicyumweru gitaha kuva kuwa 07 kugeza kuwa 09 Ugushyingo. [ad id=”44145″] Asobanura iki gikorwa ibihugu bitatu byo muri EAC bizahuriraho mu […]
Ibintu 6 byâingenzi ariko bigora abantu bagejeje imyaka 18 yâubukuru
Uko umuntu agenda ava mu bwana hari ibintu bishya agenda ahura nabyo akaba asabwa kubyiga kugirango abashe kuba umuntu ujyanye nâigihe ndetse nâicyiciro cye cyâubukuru. Umuntu wese ugejeje ku myaka 18 ku isi hose aba afatwa nkâumuntu mukuru, muri ubwo buryo hari ibintu bimugora kumenyera bitewe nâuburyo aba yararezwemo, muri ibyo birushya harimo ibi bikurikira. […]
RDC: Abayobozi bâinyeshyamba za FDLR baragererewe batabwa muri yombi
Capt. Theophile Twagiramungu wo mu mutwe wa FDLR nawe yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zimufatiye ahitwa Baraka muri Kivu yâAmajyaruguru hafi yâumupaka wa Congo nâu Burundi. [ad id=”44145″] Aya makuru yatangajwe na BBC ishami ryayo ryo muri Afurika rivuga ko naryo riyakesha abantu begereye umukuru wâigihugu, avuga ko Theophile […]
Philadelphia: Umusaza umaze imyaka 63 mu buroko arasaba gereza imperekeza
Umusaza wâimyaka 79 yâamavuko, unavugwaho kumara imyaka isaga 63 mu buroko, kuri ubu akaba yasabiwe kurekurwa nâurukiko ariko , afite impungenge ko nta cyo azimarira namara kugera hanze ya gereza kuko atiteganyirije bityo akaba yumva hari icyo yagenerwa nk’imperekeza. Uyu musaza ukomoka mu ntara ya Juvenille muri leta ya Philadelphia, yafunzwe afite imyaka 15 yâamavuko […]
Uwari umugaba wâingabo za UNMISS yirukanwe ku kazi azize raporo ya HRW
Umunyamabanga mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Ban Ki-moon yirukanye umugaba mukuru wâingabo za Loni ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani yâEpfo nyuma ya raporo ya HRW igaragaza ko yananiwe kurinda abasivili biciwe muri hotel muri Nyakanga. [ad id=”44145″] UNMISS ishinjwa kuba itaratabaye ubwo ingabo za guverinoma zagabaga igitero ku basivili muri Hotel Terrain iri mu […]
Huye: Amatara yo ku muhanda yatumye amasaha y'akazi yiyongera
Bamwe mu bakorera mu Karere ka Huye barishimira ko amatara yo ku mihanda yabongereye amasaha yo gukora. Ibi bitangazwa nâabakorera ku masantere yashyizweho amatara yo ku mihanda. Byâumwihariko abaturiye agasantere ka Arete ko mu murenge wa Kinazi, mu Karere ka Huye, bavuga ko basigaye bakora amasaha menshi mu ijoro, babikesha amatara rusange. [ad id=”44145″] Ni […]
“Nta mugore uzigera aba umupadiri.” Papa Francis
Umushumba wa kiliziya Gaturika ku isi hose papa Francis, yongeye gutsindagira ko nta mugore uzigera aba umupadiri mu idini gaturika. Ubwo yasozaga urugendo amazemo iminsi mu gihugu cya Swede, papa Francis yatumiye inama yâabanyamakuru aho mu byo baganiriye harimo no kuba nta na rimwe kiliziya gaturika yâI Roma izigera iva ku cyemezo yafashe cyâuko nta […]
Abasore nâabakobwa bashaka abakunzi (Fungura ubone nimero nâimyirondoro byabo)
1.Mbanje kubasuhuza amahoro y’imana abane namwe. Nanjye ndifuza umukunzi (umukobwa) utari mugufi, wâimibiri yombi akazi si ikibazo yiga Cg yararangije kaminuza yanyandikira kuri Iyi email evariste4@gmail.com Murakoze. 2.Hi, nanjye ndifuza umukunzi ufite gahunda niyo yaba afite abana nta kibazo mfite a2 muri mp, nkaba ndi umwalimu.akaba yambona kuri izi number :0723511783. [ad id=”44145″] 3.Nitwa Manu […]
Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda
Umwami Kigeli V Ndahindurwa yatanze kuwa 16 Ukwakira aguye mu bitaro byo muri Oakton ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azize uburwayi, akaba yarategetse u Rwanda kuva kuwa 28 Nyakanga 1959 kugera ahiritswe ku butegetsi kuwa 28 Mutarama 1961 akaba yari yarabonye ubuhungiro muri iki gihugu mu 1992. Uwahoze ari umujyanama we Benzige yatangaje […]
Afurika yâepfo: Perezida Zuma aratakambira urukiko ngo ruburizemo raporo kuri ruswa imuvugwaho
Nyuma yâiminsi micye mu gihugu cyâAfurika yâEpfo hakozwe raporo ivuga ku kibazo cya ruswa cyihishwe inyuma nâumukuru wâigihugu Jacob Zuba igiye gushyirwa ahagaragara, ubu Perezida Zuma ari gutakambira urukiko rwa Pretoria ngo rumukorere ubuvugizi iyo raporo ye gusohoka. Jeunafrique dukesha iyi nkuru ivuga ko iyi raporo yateguwe na Thuli Mandosela ushinzwe kurwanya ruswa muri kiriya […]
Perezida Museveni yategetse ko kaminuza ya Makerere ifungwa
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yasabwe ko kaminuza ya Makerere ifungwa nyuma yâuko imyigaragambyo yâabarimu nâabanyeshuri ikomeje gukaza umurego ibikoresho byinshi bikaba bikomeje kwangizwa kuva mu cyumweru gishize. Itangazo ryasinywe na perezida Museveni riragira riti âMpereye ku bubasha mpabwa nâitegeko nshinga rya Uganda mu ngingo yaryo ya 26(2) igenga za kaminuza nâibindi bigo bya […]
Inama yâiminsi 2 yâAkanama kayobowe na perezida Kagame kashinzwe kuvugurura AU yaberaga I Kigali yasojwe
Inama ngishwanama yâiminsi 2 yaberaga I Kigali ku mavugurura mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe yâakanama kashinzwe kugeza uyu muryango kuri aya mavugurura kayobowe na perezida Paul Kagame, yarangiye kuri uyu wa kabiri, ariko hakazakomeza ibikorwa byo kugisha inama mu byumweru biri imbere. [ad id=”44145″] Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Dr Nkosazana Dlamini […]
Jan Eliasson yashimye Leta yâu Rwanda agaya Loni yarebereye Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu ruzinduko rwâakazi yagiriye mu Rwanda, Jan Kenneth Eliasson, umunyamabanga Mukuru wungirije wâUmuryango wâAbibumbye yashimye Leta yâu Rwanda yagize uruhare mu guhuza Abanyarwanda ndetse anaboneraho kugaragaza ko jenoside yabaye mu Rwanda ari ikimenyetso cyâugutsindwa n’uburangare byaranze uyu muryango(ONU). Ibi yabitangaje nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi,asobanurirwa uburyo jenoside yateguwe ikanashyirwa […]
Inyeshyamba za ADF zongeye kwica abantu 6 muri Kivu y'Amajyaruguru
Nkâuko bimenyerewe ko inyeshyamba za ADF/Nalu zikomoka muri Uganda zirara mu baturage mu gace ka Beni zikabica, kuri ubu zahitanye 6 mu giturage cya Kitevya giherereye mu birometero 8 uvuye i Beni muri Kivu y’Amajyaruguru. Amisi Kalonda, umuyobozi muri aka gace yatangaje ko izi nyeshyamba zigabye muri aka gace ku wa 31 Ukwakira 2016, zica […]
Rusizi: Umugabo yafashwe avunjisha amafaranga y'amiganano
Polisi yâu Rwanda itangaza ko ibikorwa byoyo byo kwigisha no kurwanya amafaranga yâamiganano hagamijwe kurinda ubukungu ikwirakwizwa ryâayo mafaranga bikomeje gutanga umusaruro, kubera kuba maso kwâabakora ubucuruzi butandukanye nâubufatanye bakomeje kugirana nayo ndetse nâizindi nzego zâumutekano. Ni nyuma yâaho umugabo witwa Mujyambere Patrick ukomoka mu karere ka Rusizi umurenge wa Kamembe, ku italiki 31 Ukwakira […]
Umubare wâabagore bahitanwa na cancer ngo uzazamuka kugera kuri miiyoni 5 muri 2030
Indwara ya cancer, ubusanzwe ihitana byibuze umwe mu bagore 7 ku isi buri mwaka. Ni icyorezo kiza ku mwanya wa 2 mu guhitana abantu benshi ku ndwara yâumutima. Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara nâikigo cyâubushakashatsi ku byâindwara ya Cancer muri Amerika Global Healh kuri uyu wa kabiri tariki ya mbere Ugushyingo 2016, bwerekana ko imfu zâabazira […]
Ni umusore ushaka umukunzi, ashaka umukobwa ubyibushye igice cyo hasi
Mwese ndabasuhuje cyane, nkunda gusura uru rubuga pe, ariko abenshi ni imikino gusa ntibazi icyo bashaka bigatuma nufite gahunda bamushyira muri kagatebo k’abakina, Njyewe si uko rero ndakomeje, ndifuza umukobwa ukuze guhera kuri 26ans kuzamura nushaka uzabe uri fille mere w’umwana umwe uzi icyo urukundo rusaba uzi kwita ku mukunzi we nange nkakwitaho mu rukundo […]
Ni umukobwa, arashaka umukunzi atitaye ku icyo ari cyo- (Fungura ubone nimero ze)
Ndashaka umugabo uko yaba ameze kose, yaba afite akazi yaba atagafite apfa kuba afite urukundo byaba byiza ari muremure bitari cyane kandi w’imibiri yombi.kuko nanjye ntakazi mfite ariko ukondi ndishoboye.ufite gahunda yampamagara kuri iyi nimero;0727875968. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri […]
Ese abakirisitu bakwiye kwinezeza( babwita kurya ubuzima)?
Bibiliya ivuga ko igisubiza kuri iki kibazo ari âYEGOâ, abayoboke ba kristo bemerewe kwinezeza ndetse kutabikora bishobora kuba icyaha, ariko ikirenze kuri iki gisubizo abantu bakwiye kumenya uburyo kwinezeza bya gikirisitu bikorwamo. Abantu benshi batekereza ko kkwinezeza binyuranyije nâimico yâabashaka kujya mu ijuru, iyi myumvire yaba ari ubuyobe, incuro nyinshi bibiliya yagiye yemerera abantu kwishimisha […]
Umunyarwenya Alex Muhangi wo muri Uganda agiye kuza kunezeza Abanyarwanda
Alex Muhangi, umunyarwenya ukomoka mu gihugu cya Uganda azaba ari mu mujyi wa Kigali mu mpera zâiki cyumweru aho azaba yitabiriye ibirori byo kumurika imideli bitegurwa na Cole agency. [ad id=”44145″] Mu kiganiro na Mukama Nichole, umunyamideli ukomeye wo mu gihugu cya Uganda, yatangarije Bwiza.com ko ibyo birori bizaba birimo udushya twinshi, kwiyerekana mu myambaro […]
Umuhungu wa Jose Chameleone yatsindiye umudari wa Zahabu mu koga
Umuhungu wâumuhanzi Jose Chameleone, Abba Marcus bakunze kwita T Rex aravugwaho kuba umwe mu bana bafite impano zitandukanye mu gihugu cya Uganda ariko cyane cyane akaba azwiho gutsinda amarushanwa ajyanye no koga. Mu mpera zâuku kwezi dusoje kwâUkwakira yatsindiye ibihembo bikomeye birimo umudari wa Zahabu ndetse nâindi midari 2 yâUmuringa mu marushanwa yo koga mu […]
U Bufaransa bwasabye ibihugu byâAfurika byavuye muri ICC gusubiramo
Nyuma yâuko ibihugu byo ku mugabane wâAfurika birimo Gambia, Afurika yâEpfo ndetse nâu Burundi bishyize ku mugaragaro impapuro zigaragaza ubwegure mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, leta yâu Bufaransa yasabye ko ibi bihugu bigarukamo hakavugururwa imikorere yâurukiko. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Ukwakira, nibwo Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga mu Bufaransa yatangaje ko ibi bihugu […]
Nigeria: Abashinzwe umutekano barashinjwa gusambanya abarekurwa na Boko Haram
Ku buryo butagirwaho impaka, abagore bagera kuri bane bemereye Human rights Watch ko bakorakowe ndetse basambanywa nâabashinzwe umutekano, abandi bagera kuri 37 bashowe mu mibonano mpuzabitsina babeshywe ko bashyingiwe nkâumugabo nâumugore cyangwa babeshywe ubufasha bwâamafaranga. [ad id=”44145″] Aba bose bemeza ko batamenye irengero ryâizo ngirwa bagabo babo nyuma yâuko babaga bamaze guterwa inda, ibi ngo […]
Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiyemo imifuka 6 y'urumogi na Waragi
Polisi yâu Rwanda yafashe umwe mu bari bapakiye ibiyobyabwenge byâubwoko butandukanye mu modoka ebyiri zafatiwe mu mikwabu yakozwe ku wa 31 Ukwakira, aho mu karere ka Kicukiro yahafatiye uwitwa Ahishakiye DieudonnĂ© apakiye imifuka itandatu yâurumogi muri Toyota Carina ifite nimero ziyiranga RAD 336 D, akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kicukiro. [ad id=”44145″] Umuvugizi […]
Koreya ya Ruguru: Hari impungenge ko perezida Kim Jong Un yaba yarivuganye umugore we
Impungenge zivanze nâubwoba bikomeje kwiyongera hibazwa irengero ryâumugore wa perezida wa Koreya ya Ruguru ngo umaze amezi agera kuri arindwi atagaragara mu ruhame. Impungenge zikaba ziterwa no kuba perezida Kim Jong Un adatinya kwivugana abantu bo mu muryango we batumva ibintu kimwe cyangwa bakoze agakosa gato gusa. [ad id=”44145″] Umugore wa mbere muri Koreya ya […]
Mugore, kutayobora umugabo wawe ahakunyura mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina bishobora kugusenyera
Ahanini iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina ntabwo tuba tuvuze ubusambanyi, tuba tuvuze ikorwa hagati yâabashakanye, iyi ngingo kandi ikaba ikunze gusenya ingo nyinshi mu gihe itagenze neza ku mpande zombi. Abagore benshi bakunze kwibwira ko umugabo ari we ugomba kumutegura cyangwa kumwibutsa ko bagomba gukora imibonano mpuzabitsina, we akaba yatinya kumusembura ,âŠariko mu by’ukuri aba yibeshya […]
Ibihugu byâAfurika nibyo biza ku mwanya wa mbere mu kwica abanyamakuru ku isi
Muri raporo yashyizwe ahagaragara muri iki cyumweru na komite yâakanama karebera abanyamakuru ku isi, igaragaza ko byibuze abanyamakuru basaga 30 bamaze gupfa guhera mu mwaka ushize wa 2006 mu bihugu bya Sudani yâepfo, Somalia ndetse na Nigeria gusa. Ibihugu 2 byo ku mugabane wâAfurika birimo Somalia na Sudani yâepfo, ni byo bihugu biza mu myanya […]
RDC: Inyeshyamba 3 za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ zaguye mu mirwano yazihuje nâabapolisi
Inyeshyamba 3 zo mu mutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, ziciwe mu karere ka Mangina muri Beni ho muri Kivu yâAmajyaruguru, mu mirwano yazihuje nâabapolisi aho amakuru aturuka aha avuga ko guhangana gukunze kubaho iyo hahigwa agatsiko kâabarwanyi bâuyu mutwe ngo kagenda gashyira za tatouages ku bana bâingimbi bo muri iyi […]
MINEDUC iravuga ko gukopera ntaho byamenera mu bihe byâibizamini bya leta
Kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2016, abanyeshuri basoza amashuri abanza mu gihugu hose batangiye ibizamini bya leta bisoza umwaka wâamashuri wa 2016. Mu muhango wo gutangiza ibi bizami ku rwego rwâigihugu wabereye ku ishuri ribanza rya St Famille mu mugi wa Kigali, Minisiteri yâuburezi (MINEDUC) yatangaje ko ibijyanye no gukopera mu bizamini yahagurukiye kubirwanya nâaho […]
Bomboribombori muri Rayon sport, Komite zananiwe kumvikana ku mutungo w'ikipe
Inkuru ibabaje ku bakunzi nâabafana bâikipe ya Rayon Sport izindukiye mu binyamakuru bitandukanye ivuga ko batatu mu bari abayobozi bâumuryango wa Rayon Sport bamaze kwegura ku mirimo yabo nyuma yâubwumvikane buke mu micungire yâumutungo wâiyi kipe yâi Nyanza . [ad id=”44145″] Abeguye ni uwari umunyamabanga Mukuru akaba nâumuvugizi wâumuryango wa Rayon Sports Ange Claudine Musabende, […]
Umunyamakuru Robert Mugabe ngo ahangayikishijwe nâumutekano we nâuwabamuha amakuru
Umunyamakuru Robert Mugabe, umuyobozi wâikinyamakuru cyigenga, Graet Lakes Voice, aravuga ko ajya ahohoterwa nâabantu bari mu myambaro ya gisivili harimo bamwe bafite imbunda ndetse bakamwibwira nkâabashinzwe umutekano, aho avuga ko rimwe yahohotewe nâabo bantu bakamutwara telephone akaba avuga ko ahangayikishijwe nâumutekano we ndetse nâuwâabajyaga bamuha amakuru. [ad id=”44145″] Mugabe avuga ko ubwa mbere hari kuwa […]
Miss Uganda, Anita Fabiola yongeye gushyira hanze amafoto ashotora abagabo- AMAFOTO
Anita Fabiola, umunyamakuru mu gihugu cya Uganda wanacyambariye ikamba nk’igisonga cya mbere cya nyampinga, kuri ubu akomeje kuvugwa mu binyamakuru bitandukanye nyuma yaho ashyiriye amafoto ku Karubanda asa nkâashotora abagabo. Ikinyamakuru howwe.bi cyo muri Uganda cyo gitangaza ko ari amafoto ya Fabiola yambaye ubusa, gitangaza ko aya mafoto yâuyu mukobwa yavugishije amangambure abagabo benshi basanzwe […]
U Rwanda rwakiriye inama nyafurika mu bya gisirikare
Kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Ukwakira 2016, u Rwanda rwakiriye inama Nyafurika ngarukamwaka y’iminsi 2, iyi nama ikaba ibaye ku nshuro ya 2, yiga ku mikoranire yâigisirikare mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika ndetse no ku yindi migabane nka Amerika. [ad id=”44145″] Iyi nama yitabiriwe nâabasaga 100 barimo abahagarariye igisirikare mu bihugu […]
Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi bâu Rwanda gukomeza kwesa imihigo
Umuyobozi wâagateganyo wa Polisi iri mu butumwa bwâamahoro bwa Loni muri Centrafurika (MONUSCA), Gen. Roland Zamora yahamagariye imitwe ibiri yâabapolisi bâu Rwanda bari muri ubu butumwa gutera intambwe irushijeho besa imihigo nkâabo basimbuye. [ad id=”44145″] Gen. Zamora yabahaye ubu butumwa ku italiki 30 Ukwakira igihe yahaga ikaze abapolisi bâu Rwanda 280 bagize imitwe ibiri ariyo […]
Arusha: Haracyagaragara imbogamizi ku ikoreshwa ry'ifaranga rimwe muri EAC
I Arusha muri Tanzania hari kubera inama iri kwigirwamo uko abaturage bakura inyungu mwâisoko rusange ryâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba EAC. Iyi nama yatangiye kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira ikaba isoza imirimo yayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 01 Ugushyingo 2016. [ad id=”44145″] Amasezerano yo gushyiraho isoko rusange hagati yâibihugu bigize uyu muryango wa […]
Karongi : Polisi yâu Rwanda yagaruje ibyuma bikoreshwa mu kubaka imihanda byibwe
Ku itariki 30 Ukwakira 2016, Polisi yâu Rwanda mu karere ka Karongi yafashe ibyuma byâimodoka bitandukanye byibwe Kompanyi yâAbashinwa ikora imirimo yo kubaka imihanda mu turere twa Rusizi, Karongi na Rubavu yitwa “China Road and Bridge Corporation”. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâUburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) ThĂ©obald Kanamugire yavuze […]
Huye: Abanyamuryango ba FPR barasaba ko icyicaro cya kaminuza cyasubizwa i Butare
Abanyamuryango bâishyaka rya FPR Inkotanyi mu karere ka Huye intara yâamajyepfo barasaba ko icyicaro cya kaminuza yâu Rwanda cyakwimurirwa muri aka karere mu rwego rwo kugirango uyu mujyi urusheho gukomera mu burezi nkâuko ari byo aka karere kiyemeje gushyiramo ingufu mu rwego rwo gukomeza umujyi wa Huye muri gahunda yo gukora imijyi yunganira Kigali . […]
Gatsibo: Umweyo wa ba Gitifu uhitanye 3, hari nâabandi banugwanugwa
Inkubiri yo kwegura kwâabanyamabanga nshingwabikorwa bâimirenge ikomereje mu karere ka Gatsibo mu ntara yâUburasirazuba, nkâuko bimenyerewe imvugo iracyari yayindi ko beguye ku mpamvu zabo bwite, minisiteri yâubutegetsi bwigihugu iherutse kwemeza ko kwegura kwâaba gitifu ntacyo gutwaye. Amakuru aturuka muri njyanama yâAkarere ka Gatsibo aravuga ko abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ya Rwimbogo, Nyagahanga ndetse nâuwâumurenge wa Gatsibo […]
Ibintu 3 bizakwereka umukobwa waryoshya imibonano mpuzabitsina umurebye ku mubiri inyuma
Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi nâuburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe nâibyo banyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye nâabakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza, ibi bishobora gutuma […]
Paris: Hagiye kubakwa agace bazajya bidagaduriramo bambaye ubusa
Ubuyobozi bwâumujyi wa Paris mu Bufaransa, bwemeje ko mu mwaka utaha buzubaka agace kazajya gahuriramo abashaka kwidagadura bambaye ubusa. Nkâuko bitangazwa na AFP, ngo ako gace kazaba kwitwa Bois de Boulogne cyangwa Bois de Vincennes, hakazajya hahurira abantu benshi bagamije kwishimisha dore ko mu muco wâAbafaransa ngo banezwezwa cyane no kwambara ubusa. Muri uyu mujyi […]
Mahmoud Abbas uyobora Palestine yitabiriye ishyingurwa rya Shimon Peres
Abakuru bâibihugu batandukanye ku isi kuri uyu wa gatanu bitabiriye umuhango wo gushyingura Shimon Peres wahoze ari perezida wa Israheli witabye Imana kuwa 28 Nzeri 2016. Mahmoud Abbas uyobora Palestine, igihugu gihora mu makimbirane na Israheli ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye ishyingurwa rye. Minisitiri wâintebe wa Israheli Benjamin Netanyahu mu ijambo yavuze yatangaje ko Shimon […]
Min.Kaboneka yasabye abatuye muri Rubavu gukora nk'uko babyivuga
Francis Kaboneka, Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu yasabye abatuye akarere ka Rubavu gukora nkâuko babivuga mu kivugo cyabo cy ââInganjiâ bakanarangwa nâumuvuduko no mu kwesa imihigo, nyuma yo gusubira inyuma mu mihigo 2015/2016. Ibi yabibasabye kuri uyu wa 28 Nzeri 2016 ubwo yabasuraga ari kunmwe na Minisitiri wâIngabo General James Kabare akaba nâimboni yâAkarere ka Rubavu mu […]
Amoko (Hutu,Tutsi,Twa) mu gihugu cyâu Burundi azasiga iki?
Ibi ni ibikomeje kwibazwaho na benshi, mu gihe muri iki gihugu hakomeje imyigaragambyo imbere yâibiro byâagashami ka Loni gashinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu, bamagana ibyasohotse muri raporo ko muri iki gihugu hatutumba jenoside. Iyi myigaragambyo kandi ikomeje mu Burundi mu gihe i Geneve mu Busuwisi harimo kubera inama ya 33 yâaka gashami ka Loni, bikaba bikekwa ko […]
John Ndabarasa wayoboraga Sana Radiyo akaburirwa irengero ibye bimeze bite?
Muri Kanama uyu mwaka hasakaye amakuru yâibura ryâumunyamakuru akaba nâumuyobozi wa Sana Radiyo John Ndabarasa. Inzego zitandukanye zagize icyo zibivugaho na bamwe mu bagize umuryango we bagaragaza impungenge batewe no kubura kâumuvandimwe wabo bamwe bakanavuga ko afungiwe ahantu hatazwi nâinzego zâumutekano nubwo nta gihamya byose byari ugukekeranya. Umuryango we ukimara kumubura wabimenyesheje urwego rwâabanyamakuru bigenzura […]
Human Right Watch ihangayikishijwe nâibura ryâumukozi wa FDU Inkingi
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wa Human rights Watch (HRW) watangaje ko uhangayikishijwe na Iragena Illumine wari umwe mu banyamuryango bâishyaka rya FDU Inkingi riyobowe na Ingabire Victoire. HRW ikaba ifite impungenge ko yaba yarashimuswe ndetse akanicwa. Mu itangazo ryatanzwe na HRW rivuga ko Iragena ubarizwa mu ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda amaze […]
Perezida Kagame yihanganishije inshuti nâumuryango wa Shimon Peres witabye Imana
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yihanganishije abaturage bo muri Israel, inshuti nâumuryango wa Shimon Peres witabye Imana, wayoboye iki gihugu kuva muri 2007 kugeza 2014. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yagize ati : â Umutima wacu ubabaye wihanganishije abaturage ba Israheli ku bwâurupfu rwâumunyapolitiki wâ inararibonye Shimon Peres, Ndetse nâumuryango nâinshuti ze!â […]
Sudani yâEpfo: Umuryango wâAbibumbye wambitse abapolisi bâu Rwanda 29 imidari yâishimwe
Umuryango wâAbibumbye wambitse imidari yâishimwe abapolisi bâu Rwanda 29 bakora imirimo itandukanye irimo ubujyanama mu butumwa bwâamahoro muri Sudani yâEpfo mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu kugarura amahoro muri iki gihugu kimaze igihe gito kivutse. Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye uwo muhango wabaye ku wa 28 Nzeri, Uwungirije Intumwa Idasanzwe yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye; […]
Baciye agahigo ko kujya ku rubyiniro ari itsinda rigizwe nâabanyamuziki 953
Bisanzwe bimenyerewe ko umunyamuziki ashobora kujya ku rubyiniro wenyine gutaramira abakunzi be cyangwa bakagenda ari itsinda ariko ritagizwe nâabantu bâumurengera. Siko byagenze i Tianjin mu gihugu cyâu Bushinwa mu marushanwa ya Beijing Contemporary Music Academy kuko abanyamuziki 953 bo mu mabande atandukanye bagiriye ku rubyiniro icyarimwe. Aba banyamuziki bari mu bice bitandatu bagahurira ku rubyiniro […]
Dore impamvu kureba muri telefoni yâumukunzi wawe ari sakirirego mu gihe atabiguhereye uburenganzira
Muri sosiyete tubayemo usanga abagore nâabagabo babo cyangwa abasore nâinkumi batavuga rumwe mu gihe umwe arebye muri telefoni yâundi atabimuhereye uburenganzira kandi koko iyo ushyize mu gaciro usanga biba bifite ishingiro. Imbuga zitandukanye zirimo nka http thoughtcatalog.com zivuga ko igihe umuntu yeguye telefoni yâumukunzi we ku mpamvu zitazwi bidakwiye kubera zimwe mu mpamvu zikurikira: Bigaragaza […]
Ubuhanga nâicyubahiro abavubyi bagiraga bagikomoraga he?
Abavubyi babaga ari abantu babashaga kugusha imvura iyo yabaga yahagamye,no kuyica iyo yabaga yaciye ibintu,rubanda bagahonga amasororo kugirango abavubyi bakunde bamanure imvura cyangwa se kugirango batume yohoka. Umuvubyi yavubaga imvura ahuhera mu museke ukavuga Nkâinkokera , ngo ubwo arahamagara imvura cyangwa ngo arayica. Abavubyi bo ha mbere bavugwaga cyane ni Ndagano wo mu Bukunzi ho […]