Ntibisanzwe! Umusilamukazi wo muri Al Qaeda yakiriye Yesu imbunda ayisimbuza Bibiliya

Ijambo ry’Imana rikomeje gukora ibitangaza mu barwanya leta ya Syria kuva aho aba bo mu idini ya Islam bari kwakira agakiza bagashinguka mu ntambara z’urudaca bashorwamo n’iri dini, kuri ubu hagezweho inkuru y’umugore Umusilamukazi wo mu barwanyi bo mu mutwe wa Al Qaeda aherutse gutangaza ku mugaragaro ko ahagaritse intambara, yiyegurira Yesu Kristo nyuma y’uko […]

Kenya yafunze impuzi z’abanya-Somalia zavaga Uganda

Impunzi z’Abanya-Somalia zigera kuri 22 zaturukaga muri gihugu cya Uganda zifungiye ku mupaka wa Kenya na Somalia, Kenya ikaba izishinja kwinjira ku mupaka mu buryo butemewe n’amategeko. Izi mpunzi 22 zirimo abagore 6 n’abagabo 16 bafungiwe kuri sitasiyo ya Lokiriama muri Kenya, ubwo bageragezaga kwambuka ngo basubire mu gihugu cyabo. Nk’uko bitangazwa n’uhagarariye sitation ya […]

“Kuri ubu ingo nyinshi zubatse ku manegeka” imyitwarire ya bamwe mu bagore iranengwa

Mu gihe u Rwanda rushimirwa n’amahanga ku gushyigikira uburinganire n’ubwuzuzanye ndetse by’umwihariko iki gihugu kikaba kiza mu byambere biha ijambo ab’igitsina gore, bamwe mu bagore ubu baravugwaho kwitwaza ubu burenganzira bakabangamira abagabo ndetse hamwe na hamwe abagabo bagahitamo no guta ingo zabo . Bamwe mu bagabo baganiriye na bwiza.com bavuga ko kuri ubu umugore asigaye […]

Habonetse agakingirizo gashobora gutuma abantu batabyaraga babona imbyaro

Abashakashatsi mu bijyanye n’imyororokere mu gihugu cy’u Bwongereza, bashyize ahagaragara agakingirizo bahaye izina rya KIT. Aka gakingirizo kavumbuwe mu mwaka wa 2014, muri iki cyumweru dusoje nibwo kemejwe n’abashakashatsi ku mugaragaro. Aka gakingirizo gafite ubushobozi bwo gutuma imiryango yabuze urubyaro irubona, kuko gakoranye ubuhanga butuma kabyutsa intanga ngore mu gihe arizo zigfite ikibazo, cyangwa n’intanga […]

Royon Sport yageze ku mwanya wa mbere by’agateganyo, uko umunsi wa kane wagenze

Mu gihe imikino ya AZAM Premier League ikomeje ku munsi wa kane, ikipe y’i Nyanza yaraye inyagize Marine FC y’i Burengerazuba ifata umwanya wa mbere by’agateganyo mu gihe hategerejwe umukino wa nyuma wok u munsi wa kane urahuza ikipe ya Sunrises na Pepiniere kuri iki cyumweru. [ad id=”44145″] Sunrise niramuka itsinze uyu mukino irahita y’isubiza […]

USA: Abashinzwe umutekano bikanze umwicanyi bahubuza Trump aho yatangiraga ijambo (Reba Video)

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, Donald Trump yahubujwe imbere y’abamushyigikiye mu buryo butunguranye ubwo yatangaga ijambo muri Reno muri leta ya Nevada . Abantu benshi bari begereye aho uyu mukandida w’umurepubulicain yari ari gutangira ijambo bemeje ko hari umugabo wari witwaje intwaro wari uri kwegera aho Trump yatangiraga ijambo. [ad id=”44145″] Abashinzwe umutekano […]

USA: Donald Trump na Hillary Clinton bari kwiyamamaza bwa nyuma

Abakandida Hillary Clinton na Donald Trump bahataniye kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo amatora atangire. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa gatandatu, Donald Trump uzaba uhagarariye ishyaka ry’abarepubulikani, yiyamamarije muri Carolina y’Amajyaruguru, Florida, Colorado na Nevada, ndetse anagera akanya gato […]

Rubavu ku isonga mu baturage bishimiye imiyoborere mu Ntara y'Iburengerazuba – Ubushakashatsi

Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere(RGB) kuri uyu wa kabiri, cyagaragaje ubushakashatsi bwakozwe ku ishusho y’uko abaturage babona imitangire ya serivisi mu nzego z’ibanze. [ad id=”44145″] Ni mu nama yayobowe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Bwana Munyantwali Alphonse ari kumwe n’umuyobozi mukuru wungirije wa RGB, Dr. Usengumukiza FĂ©licien, aho hamuritswe, “Citizen report card” ni ukuvuga ubushakashatsi bukorwa buri mwaka […]

Ntabwo ntewe ubwoba no gufungwa — Jacob Zuma

Ubwo yagaragaraga mu ruhame bwa mbere kuva yatangira gukorwaho iperereza ku birego bya ruswa ashinjwa, perezida Jacob Zuma wa Afurika y’Epfo yabwiye abamushyigikiye kuri uyu wa Gatandatu ko adatewe ubwoba no gufungwa kuko ngo yigeze no gufungwa mu gihe cy’Ivanguraruhu (Apartheid). [ad id=”44145″] Umushinjacyaha wa leta muri raporo yashyize ahagaragara mu cyumweru gishize yavuze ko […]

Kinshasa: Igipolisi cyaburijemo imyigaragambyo y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi

Igipolisi cya Congo cyaburijemo imyigaragambyo yari yateguwe n’abatavugarumwe na leta kuri uyu wa Gatandatu mu murwa mukuru wa Republika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa nk’uko cyari cyabisezeranyije mbere. [ad id=”44145″] Iyo myigaragambyo yari yateguwe n’abarwanashyaka ba Etienne Tshisekedi, uyoboye ihuriro rihuriyemo amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi. Tshisekedi yari yateguye ikoraniro rikomeye cyane, kandi yari yaciye ukubiri […]

Ngoma: Abaturage barinubira amashanyarazi ahenze bahawe atagira icyo abamarira

Abaturage bo mu kagari ka Karenge, umurenge Jarama bavuga ko umuriro w’amashanyarazi bahawe ntacyo ubamariye uretse kubahombya, kuko ngo bawutangaho ikiguzi cy’amafaranga menshi kandi nta musaruro ufatika bawubyaza. Aba baturage bakaba bavuga ko bamaze amezi 3 bashishikarijwe gukoresha amashanyarazi ya ‘MeshPower’. [ad id=”44145″] Kuyahabwa byasabaga umuturage gutanga amafaranga ibihumbi 5 by’ifatabuguzi, hanyuma agahabwa amatara 2-3 […]

Intumwa zo muri Repubulika ya Santarafurika zashimye serivisi za Isange One Stop Centre

Intumwa umunani zo muri Repubulika ya Santrafurika zikora muri Minisiteri y’imibereho myiza y’abaturage n’ubwiyunge, ku itariki 4 Ugushyingo zasuye ishami rya Isange One Stop Centre rya Kacyiru kugira ngo barebe kandi bigire ku mikorere y’iki Kigo nk’uko byatangajwe n’uwari uziyoboye, Dr Ephrem Kosh Komba. [ad id=”44145″] Bahageze bakiriwe n’Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y’u Rwanda […]

Yitwa Ingabire Clarisse, arashaka umukunzi (fungura ubone nimero ye)

I have 25 years old i wan to search a boyfriend who completed this requirement be honestry respect God and have program any person who want call me you call this number 0788278607 i wait your solution. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga […]

Ku myaka 116 atunzwe n’amagi hamwe n’ibisuguti (biscuits)

Emma Morano, umukecuru ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani avuga ko afite imyaka 116 akaba yiteguye kuzuzuza 117 ku itariki ya 27 uku kwezi ku Ugushyingo, avuga kandi ko atunzwe n’amagi hamwe n’ibisuguti. [ad id=”44145″] Aganira na AFP, yatangaje ko arya amagi 3 yonyine ku munsi, ibindi biryo bye ni ibisuguti, yagize ati: “ariko ntabwo ndya ibiryo […]

Batatu bafungiye kunyereza imisoro ingana na miliyari y’amanyarwanda

Polisi y’u Rwanda ejo yerekanye abagabo batatu bafashwe bakurikiranyweho kugerageza kunyereza imisoro ingana na miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda. [ad id=”44145″] Abakekwa bakurikiranyweho gukoresha icyuma gitanga inyemezabuguzi (Electronic Billing Machine/EBM) muri kompanyi za baringa , aho nyuma bajyaga kwaka amafaranga mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro ku byagurishijwe nta nyungu kuko barabitangiye umusoro ku nyungu. […]

Burundi: Major Uwamahoro yaba yarazize amamiliyoni y’amadolari yari agiye kwiba abanyamahanga

Major Desire Uwamahoro wo mu gipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cy’u Burundi ari mu maboko y’inzego z’iperereza z’u Burundi kuva kuwa Gatandatu ushize nyuma yo gufatwa ashinjwa icyaha cy’ubutekamutwe gifitanye isano n’ubucuruzi bwa magendu bwa zahabu ifite agaciro kabarirwa hagati ya miliyoni 2,5 n’10 z’amadolari ariko ubu butekamutwe bukaba butarasobanuwe kugeza ubwo RFI mu bushakashatsi bwayo […]

Abanyarwanda bakomeje gushishikarizwa kugira uruhare mu igenamigambi ry'ibibakorerwa

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa, gahunda y’igenamigambi umuturage yagizemo ijambo, aho umuturage ahabwa urubuga akagaragaza ibyo yifuza ko byakorwa mu mwaka w’ingengo y’imari, nyakubahwa umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Iguhugu, Madame Odeta UWAMALIYA, aherekejwe na Nyakubahwa Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madame MURESHYANKWANO Marie Rose, Meya w’Akarere ka Huye n’abandi bayobozi, kuri uyu wa gatatu taliki […]

Amafoto: Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ya division ya 1 ya RDF

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakurikiranye imyitozo ikomatanyije y’ingabo z’u Rwanda mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro.Iyi myitozo yakozwe na division ya 1 y’ingabo z’u Rwanda. [ad id=”44145″] Icyari kigamijwe kikaba kwari ukugaragaza uko ubushobozi bw’ingabo z’u Rwanda butandukanye buhuzwa bugatanga umusaruro. Iyi myitozo kandi iri mu rwego rwo kuvugurura imiterere ya […]

Congo-Brazza: Hakozwe imyigaragambyo yo gusaba guverinoma kwitandukanya na ICC

Amashyaka abiri yo muri Congo-Brazzaville yasabye guverinoma y’iki gihugu kuri uyu wa Gatanu ushize kuva mu Rukiko Mpuzamhanga Mpanabyaha (ICC), igitekerezo gishobora gukomeza guhangayikisha uru rukiko rufite icyicaro I La Haye mu Buholandi. [ad id=”44145″] Ibihugu byo muri Afurika byakunze gushinja uru rukiko kubogama byibasira ibihugu byo muri Afurika gusa. Mu kwezi gushize, Afurika y’Epfo […]

U Rwanda n’Ubuholandi byizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize bifitanye umubano ushingiye kuri za Ambasade

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, nibwo u Rwanda n’igihugu cy’Ubuholandi byizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize bigiranye umubano ushingiye kuri z’ Ambasade, ibirori byabereye mu mujyi i The Hague. Babicishije ku rubuga rwa ambasade y’u Rwanda mu Buholandi, batangaje ko ibi birori byabereye muri Hilton Hotel iherereye mu mujyi w’i Hague. Mu […]

U Bushinwa n’u Rwanda byiyemeje kurushaho gukaza umubano bifitanye nyuma y'imyaka 45 utangijwe

Abayobozi bakuru b’u Rwanda n’u Bushinwa kuri uyu wa Gatanu bagiranye ibiganiro I Beijing biyemeza kurushaho gukaza umubano hagati y’ibihugu byombi ndetse binizihiza imyaka 45 ishize ibihugu byombi bitangije umubano ushingiye kuri za ambasade. [ad id=”44145″] Itsinda ry’intumwa z’u Rwanda ryari rigizwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo, Lt Gen. Karenzi Karake, umujyanama wa perezida […]

Muhanga: Agakiriro ka Miliyoni 250 Frw uyu mwaka urarangira gakorerwamo

Mu gikorwa cyo gusura ibikorwa remezo biri mu mugi wa Muhanga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’aka karere, Uwamariya BĂ©atrice yavuze ko imirimo yo kubaka ahakorerwa ibikorwa by’ubukorikori hazwi nk’Agakiriro izarangira mu mpera z’uyu mwaka wa 2016 ku buryo uyu mwaka uzarangira hatangiye gukorerwa. Aka gakiriro ngo kazuzura gatwaye Miliyoni 250 Frw. […]

Uganda: Besigye aravuga ko Janet Museveni atabashije kuyobora minisiteri y’uburezi

Col Dr Kizza Besigye, aravuga ko ibibazo Kaminuza ya Makerere iherutse guhura nabyo biterwa n’ubuyobozi bubi muri minisiteri y’uburezi iyobowe n’umufasha wa perezida Museveni. [ad id=”44145″] Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru iwe I Kasangati kuri uyu wa Gatanu, dr Besigye yavuze ko ibibazo biri muri kaminuza nini kurusha izindi mu gihugu byizwe nabi kugeza ubwo ifungwa na […]

Niduhitamo guhangana hagati yacu, tuzaba duha urwaho abatatwifuriza ibyiza- Perezida Kagame

Mu gitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 umuryango “Unity Club” umaze ishinzwe, cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame yavuze ku bumwe bw’Abanyarwanda yibutsa ko amacakubiri adasiga ubusa ahubwo ko yanaha icyuho abatifuriza Abanyarwanda ibyiza. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye uyu muhango […]

Icyiciro cya mbere cy’abapolisi 120 bagarutse mu Rwanda bava muri Sudani y’Epfo-AMAFOTO

Icyiciro cya mbere cy’abapolisi 120 bagarutse mu Rwanda bava muri Sudani y’Epfo ku italiki 4 Ugushyingo ubwo Polisi y’u Rwanda yatangiraga gusimbuza umutwe wa RWAFPU1 ugizwe n’abapolisi 240 umaze umwaka wose ukorera muri kiriya gihugu. Bakiriwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kanombe na Commissioner of Police (CP) Felix Namuhoranye, akaba n’umuyobozi w’Ishuri rikuru rya Polisi(NPC), […]

Burundi: Major Uwamahoro ushinjwa ubujura n’ubwicanyi yanasimbujwe ku kazi

Ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yasakaye hose ko Major Desire Uwamahoro, wari ushinzwe kurwanya abigaragambya yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe iperereza mu Burundi, ubu amakuru ava muri iki gihugu ni uko yaba yasimbuwe kuri uyu mwanya. Major Desire Uwamahoro yasimbuwe kuri uyu ,mwanya wo kurwanya abigaragambya (BAE: Brigade Anti-Emeurte ) na […]

USA: Umukobwa w’imyaka 19 aravuga ko atwite kandi yitegura kubyara akana Yesu

Umubyeyi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye umukobwa we ukiri muto kwegera abaganga bakamufasha nyuma yo kwemeza ko atwite kandi agiye kubyara akana Yesu nyamara ngo adatwite na gato. [ad id=”44145″] Uyu mukobwa w’imyaka 19 witwa Haley yasanze umuganga witwa Phil Show, aho yemereje ko nubwo bamupimye bagasanga adatwite, we agiye kubyara vuba. […]

Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe

Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha. Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cy’uburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama. Gusa […]

Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w’umukobwa agomba gushyingirirwaho

Nyuma y’uko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana b’abakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse n’inzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato. Rebeca Gyumi, ni umuyobozi w’umuryango witwa ku bana b’abakobwa “Msichana […]

Umukobwa wakiniye ikipe ya Gambia yarohamye mu Nyanja agerageza kujya i Burayi

Umukobwa ukiri muto wigeze gukinira ikipe y’igihugu y’abagore ya Gambia ari umunyezamu ni umwe mu bimukira barohamye mu Nyanja mu kwezi gushize agerageza kwambuka ava muri Libya yerekeza ku mugabane w’u Burayi asanzeyo musaza we nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane. [ad id=”44145″] Fatim Jawara w’imyaka 20, yavuye muri Gambia anyura mu Butayu bwa Sahara […]

Rwamagana: Abakozi b’Akarere n’ibitaro barahiriye kuzuza neza inshingano zabo

Mu muhango wabereye mu cyumba cy’inama cy’intara y’iburasirazuba, kuri uyu wa gatatu tariki ya 02 Ugushyingo 2016, abakozi b’akarere ka Rwamagana baba abakorera ku biro by’Akarere, imirenge n’utugari ndetse n’abakozi b’ibitaro bya Rwamagana n’ibigo nderabuzima bibishamikiyeho, barahiriye kuzuza neza inshingano zabo ndetse no kubahiriza uburenganzira bw’abo bashinzwe guha serivise. [ad id=”44145″] Muri iyi ndahiro, abakozi […]

Ijambo ry'Imana: Ese Imana ko ikunda abantu bayo kuki yemera ko bageragezwa?

Ijambo ry’Imana (Abafilipi 4:13). Havugako dushobora byose Kubwa christo uduha Imbaraga. Iyo dusoma Bibiliya dusanga abantu bose bakoreye Imana, bakunze kenshi kunyura mubigeragezo binyuranye. -Abrahamu n’umufasha we babuze urubyaro. -Dawidi akimara gusigwa amavuta, guhera ubwo Sauli Yatanguye kumuhiga ngo amwice, -Anna yarasengaga asaba Imana umwana, kugeza ubwo bamwita umusinzi, Ni benshi twavuga… Ariko hamwe nibitugerageza […]

Turkiya: Guturika guhambaye hanze y’ibiro bya polisi kwahitanye byibuze 8 abasaga 100 barakomereka

Byibuze abantu 8 bishwe abandi basaga 100 barakomereka kuri uyu wa Gatanu nyuma y’iturika rihambaye ryabereye hanze y’ibiro by’igipolisi mu mujyi wa Diyarbakir wo mu gihugu cya Turkiya nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye bivuga ko uku guturika kwabaye nyuma y’amasaha macye hafunzwe abayobozi batavuga rumwe n’ubutegetsi. [ad id=”44145″] Televiziyo zerekanye amashusho y’abantu basohoka mu nzu buzuye […]

Mukobwa, niba ushaka umukunzi fungura ubone imyirondoro y'abasore

1.Muraho, nanjye(Olivier) ndifuza umukunzi w’umukobwa ufite urukundo rwukuri kandi rutanga umwanya. agomba kuba ari inzobe, ari mutomuto ariko afite amabuno, afite imyaka hagati ya 20 kugeza kuri 25, agomba kuba yiga cg yarize muri Kaminuza kandi agerageza kuba yifashije. agomba kuba ari tayali gushinga urugo mu myaka ibiri iri imbere. nanjye mfite imyaka 28, ndi […]

Umufasha wa perezida Kagame yatangaje umurage ukwiye guhabwa abana b’u Rwanda

Madane Jeannette Kagame yasabye ababyeyi kwitoza kurera abana bazagirira igihugu akamaro kandi bakanishimira kukibamo, ibi Jeanette Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2016 ubwo umuryango “unit club”wizihizaga isabukuru y’imyaka 20 Umufasha w’umukuru w’igihugu yafuze ko kuzaraga abana b’u Rwanda igihugu bishimiye bizatuma nabo barushaho kugikorera bishimye bikazateza imbere umuryango nyarwanda wose. [ad id=”44145″] […]

Abayobozi ba Banki nkuru y'u Rwanda n'u Burundi basanga hakenewe ibiganiro ku bihugu byombi

Mu nama iherutse kubera i Arusha muri Tanzania, Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda(BNR), John Rwangombwa yatangaje ko kuba igihugu cy’u Burundi cyarafunze umupaka ubuhuza n’u Rwanda byagize ingaruka nini ku bihugu byombi. Nk’uko bitangazwa n’ijwi rya Amerika, yagize ati “u Burundi bwahisemo gufunga umupaka ubuhuza n’u Rwanda ku mpamvu bo bita izabo bwite. Ibyo […]

U Rwanda rukomeje gutanga amasomo mu karere na Uganda abazunguzayi bahagurukiwe

U Rwanda rukomeje guha amasomo no kubera intangarugero ibindi bihugu byo mu karere, aho nyuma yo kwigisha Abarundi gusoresha aho baparika amamodoka mu mujyi, ndetse abatwara abanyonzi ku magare muri iki gihugu bakaba baherutse gutegekwa kwambara imyambaro ibaranga, kuri ubu mu gihugu cya Uganda ho abacururiza mu mihanda bakaba bahagurukiwe. [ad id=”44145″] Minisitiri ushinzwe umujyi […]

CNLG irasaba za kaminuza n’amashuri makuru guhangana n’ingengabitekerezo ya jenoside

Ku wa kane tariki ya 3/11/2016, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside yagiranye inama na za Kaminuza n’amashuri makuru yo mu Rwanda.Inama yitabiriwe n’ibigo bigera kuri 46. Mu kuyobora iyo nama, Dr Gasanabo Jean DamascĂšne yafatanyije na Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney, umudepite uri mw’Ihuriro rishinzwe kurwanya jenoside mu Nteko Ishingamategeko. [ad id=”44145″] Intego nyamukuru y’iyo […]

Imodoka 11 z'agaciro z’umuhungu wa perezida Obiang Nguema zafatiriwe mu Busuwisi

Imodoka 11 z’agaciro n’iza sport za Teodorin Obiang Nguema, umuhungu wa perezida wa Guinea Equatorial zafatiriwe n’abayobozi b’u Busuwisi. [ad id=”44145″] Ibi bikaba byakaozwe mu rwego rw’iperereza ry’ibanze kuri ruswa. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru ukora inkuru zisaba kubanza gukora iperereza witwa Francois Pilet, iri fatira ry’izi modoka ryabereye i Geneve kuwa Mbere ushize, itariki 31 Ukwakira […]

Ubushomeri bwafashe intera, abantu ibihumbi 700 basabye akazi ahakenewe abakozi 500

Imibare itangazwa n’imiryango mpuzamahanga itandukanye yerekana ko isi igeze mu bihe bikomeye, ikibazo cy’ubushomeri kiri mu bikomeje kuza imbere mu byo isi ihanganye nabyo. By’umwihariko ku Rwanda, ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare giherutse gutangaza ko abanyarwanda 13.2% by’abagejeje ku myaka yemererwa gukora akazi kuri ubu bari mu bushomeri, iyi mibare yatangajwe mu kwezi kwa gatandatu mbere y’uko […]

Hanze hari udutsiko tw’abantu batifuza kubona ubwiyunge bw’Abanyarwanda — Hon. Mukantabana

Ngo hari udutsiko tw’abantu hanze y’u Rwanda batifuza kubona ubwiyunge bw’Abanyarwanda kandi ngo tukaba ari imbogamizi mu gushyira mu bikorwa gahunda ya Unit Club ndetse no kuri guverinoma y’u Rwanda nk’uko byatangajwe na minisitiri seraphine Mukantabana, komiseri wungirije ushinzwe ubuvugizi muri Unity Club. [ad id=”44145″] Mukantabana yavuze ko utwo dutsiko tw’amacakubiri tugizwe n’amadayimoni y’ingengebitekerezo yo […]

Burundi: Urukiko mu Busuwisi rwanze ko ibisigazwa by’umugogo wa Mwambutsa IV bicyurwa

Nyuma y’imyaka 4 y’intambara mu butabera mu gihugu cy’u Busuwisi, urukiko rwo mu mujyi wa Geneve amaherezo rwemeje ko ibisigazwa by’umugogo w’umwami Mwambutsa IV w’u Burundi bitazacyurwa mu Burundi. Umugogo w’uyu wahoze ari umwami w’u Burundi ukaba warashyinguwe mu Busuwisi mu 1977, ariko hakaba hari hashize imyaka 4 haratangijwe urubanza ku kuntu ibisigazwa by’umugogo w’umwami […]

Shampiyona irakomeza ku munsi wa kane, uko amakipe azaba yesurana

Kuva kuri uyu wa gatanu mu Rwanda harakomeza imikino ya AZAM Premier League, iraba ikinwa ku munsi wayo wa kane, iyi mikino irabimburirwa n’umukino uhuza ikipe ya Police FC na Gicumbi FC, urabera ku Kicukiro. Iyi mikino izabera ku bibuga bitandukanye byiganjemo ibyo hanze y’umujyi wa Kigali izasozwa kuri iki cyumweru ubwo hazaba hakinwa umukino […]

Sudani y’Epfo: Umusirikare wa Kenya wari uhagarariye UN yasimbujwe Umushinwa

Nyuma y’uko umunyamabanga wa Loni, Ban Ki-moon yirukanye Lt-Gen Johnson Mogoa Kimani Ondieki w’Umunyakenya wari uhagarariye ingabo za Loni muri Sudani y’Epfo, amushinja kutuzuza inshingano zo kurindira abasivile umutekano, kuri ubu yasimbujwe Gen Chaoying Yang ukomoka mu Bushinwa. Nk’uko byamaze gutangazwa n’umuvugizi wa Loni, Stephen Dujarric, ngo uyu musirikare wo mu Bushinwa aje asimbura uwo […]

Amerika: Urusengero rw’abirabura rwatwitswe n’abamamaza D.Trump rurakongoka

Urusengero rwa gikirisitu ruzwi ku izina rya “Hopewell Missionary Baptist” ruherereye muri Mississipi, muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, iperereza riravuga ko rwatwitswe n’abari ku ruhande rw’umukandida Donald Trump, mu bisa n’imyigaragambyo ikangurira abantu kumutora muri iki cyumeru. Uru rusengero rwakongowe n’inkongi y’umuriro ngo rwasengeragamo abafite inkomoko yo muri Afurika b’abirabura basaga ibihumbi 35, ubu […]

Abapolisi 240 biteguye kujya gusimbura bagenzi babo muri Sudani y’Epfo

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa bya Polisi, DIGP Dan Munyuza yakanguriye umutwe w’abapolisi bitegura kujya muri Sudani y’Epfo gufatanya hagati yabo no kwita ku bikenewe ngo bazashobore kurangiza inshingano zibajyanye n’ubutumwa bazajyamo. Yabigarutseho ababwira ko kuzajya guha umutekano , ituze n’amahoro abaturage b’igihugu cy’amahanga ari ubutumwa buremereye kandi ari uguhagararira Polisi […]

Ni iki leta iteganyiriza abanyereje inka zagenewe abatishoboye?

Mu mwaka wa 2006, nibwo mu Rwanda hatangijwe gahunda ya Girinka Munyarwanda, igamije kongera koroza no gutuma umuryango Nyarwandsa wongera kunywa amata. Iyi gahunda ikaba yararebaga cyane abatishoboye ndetse n’abadafite amikoro yo kwiyubakira ibiraro byo kuzororeramo bakaba barubakirwaga. Kugeza ubu, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi gitangaza ko inka zigera kuri 729 zo muri iyi gahunda zaburiwe […]

Umuryango wa Kigeli wanyomoje amakuru yavugaga ko azatabarizwa mu mahanga

Kuri uyu wa Gatatu Ugushyingo 2016, umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa wanyomoje amakuru amaze iminsi avugwa ko umugogo we uzatabarizwa mu mahanga, aho wemeje ko umwami agomba gutabarizwa mu Rwanda n’ubwo itariki itatangajwe. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Amerika rivuga ko umuryango we ariwo wafashe iki cyemezo. Riragira riti: “Umuryango […]

Ikibazo cy’abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia cyateranyije abadepite

Inteko Ishingamategeko y’u Burundi, kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ugushyingo 2016, nibwo yateranye yatumiye bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’umutekano biga uburyo abasirikare b’u Burundi bakurwa mu bihugu bagiyemo mu butumwa bw’amahoro. Muri iyo nteko rusange hari hatumiye, Minisitiri w’ingabo, Emmanuel Ntahomvukiye na Minisitiri w’umutekano ari we, Guillaume Bunyoni. [ad id=”44145″] Aba […]

Ku myaka 15, yabyariye mu kizamini gisoza amashuri abanza

Mu masaha ashyira saa yine za mugitondo, ubwo abanyeshuri bari mu bizamini bisoza amashuri abanza bari mu kizamini cy’imibare, nibwo uyu mwana w’umukobwa yafashwe n’ibise. Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri abanza cya Ongerei muri Uganda, bihutiye kugeza umubyeyi kwa muganga, aho yahise yibaruka umwana w’umukobwa. Nyuma yaho ngo nibwo abapolisi bacungaga umutekano ku ishuri aho bakoreraga ibizamini […]

Ni Adeline, arashaka umusore bakundana ariko udafite ingeso y’uburaya

Ndabashuhuje, nanjye nje kuri uru rubuga nifuza kugerageza amahirwe. njye ndi umumama ufite urukundo ruzima n’ubupfura bwinshi pe, ndi umukristo utinya Imana no guhemuka,, ariko murabizi mu muco wacu ntibyorohera umukobwa cg umugore kujya kwishakira umugabo. [ad id=”44145″] Akaba ariyo mpamvu niyambaje runo rubuga kuko nizera ko uwo Imana yakugeneye mwahurira aho ariho hose ,, […]

Tour du Rwanda iregereje, menya imihanda izakoreshwa muri aya marushanwa

Ubwitabire budasanzwe bw’abanyarwanda baba baje gukurikirana amasiganwa ya Tour du Rwanda bwagaragaje ko aya marushanwa ariyo akunzwe cyane mu Rwanda, hasigaye iminsi 11 ngo u Rwanda rwakire aya marushanwa mpuzamahanga azenguruka igihugu ku magare, U Rwanda ruzaba ruhagarariwe n’amakipe atatu ( Team Rwanda, Benediction na Sports Club Friends y’i Rwamagana ) muri aya masiganwa azaba […]

Kenya igiye gukura ingabo zayo muri Sudani y’Epfo

Nyuma y’uko umunyamabanga wa Loni, Ban Ki-moon yirukanye umusirikare w’umunyakenya wari uyoboye ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo amushinja kunanirwa gucungira umutekano abasivile, leta ya Kenya yahise ifata icyemezo cyo gukurayo ingabo zayo zose zari ziri muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Ku wa Kabiri w’iki cyumweru, nibwo Ban Ki-moon yafashe icyemezo cyo kwirukana […]

Ni Mugenzi, arashaka umukobwa bakundana w’inzobe kandi uteye neza, ufite imyaka (20-27)

Hello!my name is Mugenzi Bless. Nkeneye umukunzi umukobwa uri serious, wiyiziho kugira care, ufite urukundo kdi ugira umutima mwiza, winzobe cg imibiri yombi, utari mugufi cyane utari na muremure cyane, uteye neza, wiga cg wize kaminuza, ukunda gusenga abaye ari umurokore cg giteguye kubawe byaba ari sawa, uri hagati ya 20-27(imyaka).phone:0733385578,0784460249! Murakoze!! [ad id=”44145″] Niba […]

Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by'akazi ka leta

Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini by’akazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo n’ibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza. Amakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi […]

Gen Niyombare yarahunze, Nkurunziza azayobora kugeza ku myaka 100- Iyi ni intero y’Imbonerakure

Bitwaje impiri, imihoro n’imbunda zo mu bwoko bwa kalachnikov,
Imbonerakure z’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi zazengurukaga mu gace ka Kayanza ziririmba indirimbo zateye ubwoba abahatuye ndetse zinashimangira ko Perezida Nkurunziza azayobora kugeza ku myaka 100. Bitangazwa kandi ko izi Mbonerakure zazengurukaga ziririmba ziri no mu myitozo isa nk’iya gisirikare, gusa ibi ngo bikaba […]

Kayonza: Inzego z’umutekano zirashakisha umugore wibye uruhinja mu bitaro bya Gahini

Mu bitaro bya Gahini biherereye mu karere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’uruhinja ruherutse kwibwa n’umuntu na nubu utaramenyekana mu ntangiriro z’uku kwezi kw’Ugushyingo 2016 , uwo muntu akaba yararwibye nyuma yo kwinjira mu bitaro abeshya ko agemuriye umurwayi. Uyu mugore witwa Mukamazimpaka w’imyaka 28 y’amavuko, utuye Mudugudu wa Rucaca, Akagari ka Murundi, mu Murenge wa […]

IMF isanga u Rwanda ruhagaze neza mu bukungu n’ubwo ifaranga ryarwo rishobora guta agaciro

Ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) cyashimiye u Rwanda ku izamuka ry’ubukungu bw’igihugu kuko bwagumye kuri 6% mu mwaka wa 2016 mu gihe ahandi ku isi yose ubukungu bwagaragaje ihungabana no gusubira inyuma gukomeye, icyakora iki kigega cyemeza ko izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rishobora gutuma ifaranga ry’igihugu rita agacico. Iki kigega cyemeza ko u Rwada rwabashije gucunga neza […]

Minisitiri Mushikiwabo yitabiriye inama y’umutekano mu Bushinwa

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo, ari kumwe n’itsinda ayoboye, yitabiriye inama mpuzamahanga mu by’umutekano iri kubera i Beijing mu Bushinwa. Mu kiganiro yahaye abitabiriye inama ku munsi w’ejo ; Minisitiri Mushikiwabo yagarutse ku kamaro k’igihugu cy’Ubushinwa mu kubungabunga amahoro n’umutekano ku isi; by’umwihariko iyo urebye umwanya bufite mu kanama k’abanyamuryango batanu […]