Ntibisanzwe! Umusilamukazi wo muri Al Qaeda yakiriye Yesu imbunda ayisimbuza Bibiliya
Ijambo ryâImana rikomeje gukora ibitangaza mu barwanya leta ya Syria kuva aho aba bo mu idini ya Islam bari kwakira agakiza bagashinguka mu ntambara zâurudaca bashorwamo nâiri dini, kuri ubu hagezweho inkuru yâumugore Umusilamukazi wo mu barwanyi bo mu mutwe wa Al Qaeda aherutse gutangaza ku mugaragaro ko ahagaritse intambara, yiyegurira Yesu Kristo nyuma yâuko […]
Kenya yafunze impuzi zâabanya-Somalia zavaga Uganda
Impunzi zâAbanya-Somalia zigera kuri 22 zaturukaga muri gihugu cya Uganda zifungiye ku mupaka wa Kenya na Somalia, Kenya ikaba izishinja kwinjira ku mupaka mu buryo butemewe nâamategeko. Izi mpunzi 22 zirimo abagore 6 nâabagabo 16 bafungiwe kuri sitasiyo ya Lokiriama muri Kenya, ubwo bageragezaga kwambuka ngo basubire mu gihugu cyabo. Nkâuko bitangazwa nâuhagarariye sitation ya […]
âKuri ubu ingo nyinshi zubatse ku manegekaâ imyitwarire ya bamwe mu bagore iranengwa
Mu gihe u Rwanda rushimirwa nâamahanga ku gushyigikira uburinganire nâubwuzuzanye ndetse byâumwihariko iki gihugu kikaba kiza mu byambere biha ijambo abâigitsina gore, bamwe mu bagore ubu baravugwaho kwitwaza ubu burenganzira bakabangamira abagabo ndetse hamwe na hamwe abagabo bagahitamo no guta ingo zabo . Bamwe mu bagabo baganiriye na bwiza.com bavuga ko kuri ubu umugore asigaye […]
Habonetse agakingirizo gashobora gutuma abantu batabyaraga babona imbyaro
Abashakashatsi mu bijyanye nâimyororokere mu gihugu cyâu Bwongereza, bashyize ahagaragara agakingirizo bahaye izina rya KIT. Aka gakingirizo kavumbuwe mu mwaka wa 2014, muri iki cyumweru dusoje nibwo kemejwe nâabashakashatsi ku mugaragaro. Aka gakingirizo gafite ubushobozi bwo gutuma imiryango yabuze urubyaro irubona, kuko gakoranye ubuhanga butuma kabyutsa intanga ngore mu gihe arizo zigfite ikibazo, cyangwa nâintanga […]
Royon Sport yageze ku mwanya wa mbere byâagateganyo, uko umunsi wa kane wagenze
Mu gihe imikino ya AZAM Premier League ikomeje ku munsi wa kane, ikipe yâi Nyanza yaraye inyagize Marine FC yâi Burengerazuba ifata umwanya wa mbere byâagateganyo mu gihe hategerejwe umukino wa nyuma wok u munsi wa kane urahuza ikipe ya Sunrises na Pepiniere kuri iki cyumweru. [ad id=”44145″] Sunrise niramuka itsinze uyu mukino irahita yâisubiza […]
USA: Abashinzwe umutekano bikanze umwicanyi bahubuza Trump aho yatangiraga ijambo (Reba Video)
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, Donald Trump yahubujwe imbere yâabamushyigikiye mu buryo butunguranye ubwo yatangaga ijambo muri Reno muri leta ya Nevada . Abantu benshi bari begereye aho uyu mukandida wâumurepubulicain yari ari gutangira ijambo bemeje ko hari umugabo wari witwaje intwaro wari uri kwegera aho Trump yatangiraga ijambo. [ad id=”44145″] Abashinzwe umutekano […]
USA: Donald Trump na Hillary Clinton bari kwiyamamaza bwa nyuma
Abakandida Hillary Clinton na Donald Trump bahataniye kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo amatora atangire. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa gatandatu, Donald Trump uzaba uhagarariye ishyaka ryâabarepubulikani, yiyamamarije muri Carolina yâAmajyaruguru, Florida, Colorado na Nevada, ndetse anagera akanya gato […]
Rubavu ku isonga mu baturage bishimiye imiyoborere mu Ntara y'Iburengerazuba – Ubushakashatsi
Ikigo cyâigihugu cyâimiyoborere(RGB) kuri uyu wa kabiri, cyagaragaje ubushakashatsi bwakozwe ku ishusho yâuko abaturage babona imitangire ya serivisi mu nzego zâibanze. [ad id=”44145″] Ni mu nama yayobowe na Guverineri wâIntara yâIburengerazuba, Bwana Munyantwali Alphonse ari kumwe nâumuyobozi mukuru wungirije wa RGB, Dr. Usengumukiza FĂ©licien, aho hamuritswe, âCitizen report cardâ ni ukuvuga ubushakashatsi bukorwa buri mwaka […]
Ntabwo ntewe ubwoba no gufungwa â Jacob Zuma
Ubwo yagaragaraga mu ruhame bwa mbere kuva yatangira gukorwaho iperereza ku birego bya ruswa ashinjwa, perezida Jacob Zuma wa Afurika yâEpfo yabwiye abamushyigikiye kuri uyu wa Gatandatu ko adatewe ubwoba no gufungwa kuko ngo yigeze no gufungwa mu gihe cyâIvanguraruhu (Apartheid). [ad id=”44145″] Umushinjacyaha wa leta muri raporo yashyize ahagaragara mu cyumweru gishize yavuze ko […]
Kinshasa: Igipolisi cyaburijemo imyigaragambyo y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi
Igipolisi cya Congo cyaburijemo imyigaragambyo yari yateguwe nâabatavugarumwe na leta kuri uyu wa Gatandatu mu murwa mukuru wa Republika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa nk’uko cyari cyabisezeranyije mbere. [ad id=”44145″] Iyo myigaragambyo yari yateguwe nâabarwanashyaka ba Etienne Tshisekedi, uyoboye ihuriro rihuriyemo amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi. Tshisekedi yari yateguye ikoraniro rikomeye cyane, kandi yari yaciye ukubiri […]
Ngoma: Abaturage barinubira amashanyarazi ahenze bahawe atagira icyo abamarira
Abaturage bo mu kagari ka Karenge, umurenge Jarama bavuga ko umuriro wâamashanyarazi bahawe ntacyo ubamariye uretse kubahombya, kuko ngo bawutangaho ikiguzi cyâamafaranga menshi kandi nta musaruro ufatika bawubyaza. Aba baturage bakaba bavuga ko bamaze amezi 3 bashishikarijwe gukoresha amashanyarazi ya âMeshPowerâ. [ad id=”44145″] Kuyahabwa byasabaga umuturage gutanga amafaranga ibihumbi 5 byâifatabuguzi, hanyuma agahabwa amatara 2-3 […]
Intumwa zo muri Repubulika ya Santarafurika zashimye serivisi za Isange One Stop Centre
Intumwa umunani zo muri Repubulika ya Santrafurika zikora muri Minisiteri yâimibereho myiza yâabaturage nâubwiyunge, ku itariki 4 Ugushyingo zasuye ishami rya Isange One Stop Centre rya Kacyiru kugira ngo barebe kandi bigire ku mikorere yâiki Kigo nkâuko byatangajwe nâuwari uziyoboye, Dr Ephrem Kosh Komba. [ad id=”44145″] Bahageze bakiriwe nâUmuyobozi wa Laboratwari ya Polisi yâu Rwanda […]
Yitwa Ingabire Clarisse, arashaka umukunzi (fungura ubone nimero ye)
I have 25 years old i wan to search a boyfriend who completed this requirement be honestry respect God and have program any person who want call me you call this number 0788278607 i wait your solution. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga […]
Ku myaka 116 atunzwe nâamagi hamwe nâibisuguti (biscuits)
Emma Morano, umukecuru ukomoka mu gihugu cyâUbutaliyani avuga ko afite imyaka 116 akaba yiteguye kuzuzuza 117 ku itariki ya 27 uku kwezi ku Ugushyingo, avuga kandi ko atunzwe nâamagi hamwe nâibisuguti. [ad id=”44145″] Aganira na AFP, yatangaje ko arya amagi 3 yonyine ku munsi, ibindi biryo bye ni ibisuguti, yagize ati: âariko ntabwo ndya ibiryo […]
Batatu bafungiye kunyereza imisoro ingana na miliyari yâamanyarwanda
Polisi yâu Rwanda ejo yerekanye abagabo batatu bafashwe bakurikiranyweho kugerageza kunyereza imisoro ingana na miliyari imwe yâamafaranga yâu Rwanda. [ad id=”44145″] Abakekwa bakurikiranyweho gukoresha icyuma gitanga inyemezabuguzi (Electronic Billing Machine/EBM) muri kompanyi za baringa , aho nyuma bajyaga kwaka amafaranga mu kigo cyâigihugu gishinzwe imisoro nâamahoro ku byagurishijwe nta nyungu kuko barabitangiye umusoro ku nyungu. […]
Burundi: Major Uwamahoro yaba yarazize amamiliyoni yâamadolari yari agiye kwiba abanyamahanga
Major Desire Uwamahoro wo mu gipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cyâu Burundi ari mu maboko yâinzego zâiperereza zâu Burundi kuva kuwa Gatandatu ushize nyuma yo gufatwa ashinjwa icyaha cyâubutekamutwe gifitanye isano nâubucuruzi bwa magendu bwa zahabu ifite agaciro kabarirwa hagati ya miliyoni 2,5 nâ10 zâamadolari ariko ubu butekamutwe bukaba butarasobanuwe kugeza ubwo RFI mu bushakashatsi bwayo […]
Abanyarwanda bakomeje gushishikarizwa kugira uruhare mu igenamigambi ry'ibibakorerwa
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa, gahunda yâigenamigambi umuturage yagizemo ijambo, aho umuturage ahabwa urubuga akagaragaza ibyo yifuza ko byakorwa mu mwaka wâingengo yâimari, nyakubahwa umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri yâUbutegetsi bwâIguhugu, Madame Odeta UWAMALIYA, aherekejwe na Nyakubahwa Guverineri wâIntara yâAmajyepfo, Madame MURESHYANKWANO Marie Rose, Meya wâAkarere ka Huye nâabandi bayobozi, kuri uyu wa gatatu taliki […]
Amafoto: Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ya division ya 1 ya RDF
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakurikiranye imyitozo ikomatanyije yâingabo zâu Rwanda mu kigo cyâimyitozo ya gisirikare cya Gabiro.Iyi myitozo yakozwe na division ya 1 yâingabo zâu Rwanda. [ad id=”44145″] Icyari kigamijwe kikaba kwari ukugaragaza uko ubushobozi bwâingabo zâu Rwanda butandukanye buhuzwa bugatanga umusaruro. Iyi myitozo kandi iri mu rwego rwo kuvugurura imiterere ya […]
Congo-Brazza: Hakozwe imyigaragambyo yo gusaba guverinoma kwitandukanya na ICC
Amashyaka abiri yo muri Congo-Brazzaville yasabye guverinoma yâiki gihugu kuri uyu wa Gatanu ushize kuva mu Rukiko Mpuzamhanga Mpanabyaha (ICC), igitekerezo gishobora gukomeza guhangayikisha uru rukiko rufite icyicaro I La Haye mu Buholandi. [ad id=”44145″] Ibihugu byo muri Afurika byakunze gushinja uru rukiko kubogama byibasira ibihugu byo muri Afurika gusa. Mu kwezi gushize, Afurika yâEpfo […]
U Rwanda nâUbuholandi byizihije isabukuru yâimyaka 10 ishize bifitanye umubano ushingiye kuri za Ambasade
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, nibwo u Rwanda nâigihugu cyâUbuholandi byizihije isabukuru yâimyaka 10 ishize bigiranye umubano ushingiye kuri z’ Ambasade, ibirori byabereye mu mujyi i The Hague. Babicishije ku rubuga rwa ambasade yâu Rwanda mu Buholandi, batangaje ko ibi birori byabereye muri Hilton Hotel iherereye mu mujyi wâi Hague. Mu […]
U Bushinwa nâu Rwanda byiyemeje kurushaho gukaza umubano bifitanye nyuma y'imyaka 45 utangijwe
Abayobozi bakuru bâu Rwanda nâu Bushinwa kuri uyu wa Gatanu bagiranye ibiganiro I Beijing biyemeza kurushaho gukaza umubano hagati yâibihugu byombi ndetse binizihiza imyaka 45 ishize ibihugu byombi bitangije umubano ushingiye kuri za ambasade. [ad id=”44145″] Itsinda ryâintumwa zâu Rwanda ryari rigizwe na minisitiri wâububanyi nâamahanga, Louise Mushikiwabo, Lt Gen. Karenzi Karake, umujyanama wa perezida […]
Muhanga: Agakiriro ka Miliyoni 250 Frw uyu mwaka urarangira gakorerwamo
Mu gikorwa cyo gusura ibikorwa remezo biri mu mugi wa Muhanga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi wâaka karere, Uwamariya BĂ©atrice yavuze ko imirimo yo kubaka ahakorerwa ibikorwa byâubukorikori hazwi nkâAgakiriro izarangira mu mpera zâuyu mwaka wa 2016 ku buryo uyu mwaka uzarangira hatangiye gukorerwa. Aka gakiriro ngo kazuzura gatwaye Miliyoni 250 Frw. […]
Uganda: Besigye aravuga ko Janet Museveni atabashije kuyobora minisiteri yâuburezi
Col Dr Kizza Besigye, aravuga ko ibibazo Kaminuza ya Makerere iherutse guhura nabyo biterwa nâubuyobozi bubi muri minisiteri yâuburezi iyobowe nâumufasha wa perezida Museveni. [ad id=”44145″] Ubwo yaganiraga nâitangazamakuru iwe I Kasangati kuri uyu wa Gatanu, dr Besigye yavuze ko ibibazo biri muri kaminuza nini kurusha izindi mu gihugu byizwe nabi kugeza ubwo ifungwa na […]
Niduhitamo guhangana hagati yacu, tuzaba duha urwaho abatatwifuriza ibyiza- Perezida Kagame
Mu gitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 umuryango âUnity Clubâ umaze ishinzwe, cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame yavuze ku bumwe bwâAbanyarwanda yibutsa ko amacakubiri adasiga ubusa ahubwo ko yanaha icyuho abatifuriza Abanyarwanda ibyiza. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye uyu muhango […]
Icyiciro cya mbere cyâabapolisi 120 bagarutse mu Rwanda bava muri Sudani yâEpfo-AMAFOTO
Icyiciro cya mbere cyâabapolisi 120 bagarutse mu Rwanda bava muri Sudani yâEpfo ku italiki 4 Ugushyingo ubwo Polisi yâu Rwanda yatangiraga gusimbuza umutwe wa RWAFPU1 ugizwe nâabapolisi 240 umaze umwaka wose ukorera muri kiriya gihugu. Bakiriwe ku kibuga mpuzamahanga cyâindege cya Kanombe na Commissioner of Police (CP) Felix Namuhoranye, akaba nâumuyobozi wâIshuri rikuru rya Polisi(NPC), […]
Burundi: Major Uwamahoro ushinjwa ubujura nâubwicanyi yanasimbujwe ku kazi
Ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yasakaye hose ko Major Desire Uwamahoro, wari ushinzwe kurwanya abigaragambya yatawe muri yombi nâurwego rushinzwe iperereza mu Burundi, ubu amakuru ava muri iki gihugu ni uko yaba yasimbuwe kuri uyu mwanya. Major Desire Uwamahoro yasimbuwe kuri uyu ,mwanya wo kurwanya abigaragambya (BAE: Brigade Anti-Emeurte ) na […]
USA: Umukobwa wâimyaka 19 aravuga ko atwite kandi yitegura kubyara akana Yesu
Umubyeyi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye umukobwa we ukiri muto kwegera abaganga bakamufasha nyuma yo kwemeza ko atwite kandi agiye kubyara akana Yesu nyamara ngo adatwite na gato. [ad id=”44145″] Uyu mukobwa wâimyaka 19 witwa Haley yasanze umuganga witwa Phil Show, aho yemereje ko nubwo bamupimye bagasanga adatwite, we agiye kubyara vuba. […]
Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe
Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha. Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cyâuburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama. Gusa […]
Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana wâumukobwa agomba gushyingirirwaho
Nyuma yâuko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana bâabakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse nâinzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato. Rebeca Gyumi, ni umuyobozi wâumuryango witwa ku bana bâabakobwa âMsichana […]
Umukobwa wakiniye ikipe ya Gambia yarohamye mu Nyanja agerageza kujya i Burayi
Umukobwa ukiri muto wigeze gukinira ikipe yâigihugu yâabagore ya Gambia ari umunyezamu ni umwe mu bimukira barohamye mu Nyanja mu kwezi gushize agerageza kwambuka ava muri Libya yerekeza ku mugabane wâu Burayi asanzeyo musaza we nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kane. [ad id=”44145″] Fatim Jawara wâimyaka 20, yavuye muri Gambia anyura mu Butayu bwa Sahara […]
Rwamagana: Abakozi bâAkarere nâibitaro barahiriye kuzuza neza inshingano zabo
Mu muhango wabereye mu cyumba cyâinama cyâintara yâiburasirazuba, kuri uyu wa gatatu tariki ya 02 Ugushyingo 2016, abakozi bâakarere ka Rwamagana baba abakorera ku biro byâAkarere, imirenge nâutugari ndetse nâabakozi bâibitaro bya Rwamagana nâibigo nderabuzima bibishamikiyeho, barahiriye kuzuza neza inshingano zabo ndetse no kubahiriza uburenganzira bwâabo bashinzwe guha serivise. [ad id=”44145″] Muri iyi ndahiro, abakozi […]
Ijambo ry'Imana: Ese Imana ko ikunda abantu bayo kuki yemera ko bageragezwa?
Ijambo ry’Imana (Abafilipi 4:13). Havugako dushobora byose Kubwa christo uduha Imbaraga. Iyo dusoma Bibiliya dusanga abantu bose bakoreye Imana, bakunze kenshi kunyura mubigeragezo binyuranye. -Abrahamu nâumufasha we babuze urubyaro. -Dawidi akimara gusigwa amavuta, guhera ubwo Sauli Yatanguye kumuhiga ngo amwice, -Anna yarasengaga asaba Imana umwana, kugeza ubwo bamwita umusinzi, Ni benshi twavuga… Ariko hamwe nibitugerageza […]
Turkiya: Guturika guhambaye hanze yâibiro bya polisi kwahitanye byibuze 8 abasaga 100 barakomereka
Byibuze abantu 8 bishwe abandi basaga 100 barakomereka kuri uyu wa Gatanu nyuma yâiturika rihambaye ryabereye hanze yâibiro byâigipolisi mu mujyi wa Diyarbakir wo mu gihugu cya Turkiya nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru bitandukanye bivuga ko uku guturika kwabaye nyuma yâamasaha macye hafunzwe abayobozi batavuga rumwe nâubutegetsi. [ad id=”44145″] Televiziyo zerekanye amashusho yâabantu basohoka mu nzu buzuye […]
Mukobwa, niba ushaka umukunzi fungura ubone imyirondoro y'abasore
1.Muraho, nanjye(Olivier) ndifuza umukunzi w’umukobwa ufite urukundo rwukuri kandi rutanga umwanya. agomba kuba ari inzobe, ari mutomuto ariko afite amabuno, afite imyaka hagati ya 20 kugeza kuri 25, agomba kuba yiga cg yarize muri Kaminuza kandi agerageza kuba yifashije. agomba kuba ari tayali gushinga urugo mu myaka ibiri iri imbere. nanjye mfite imyaka 28, ndi […]
Umufasha wa perezida Kagame yatangaje umurage ukwiye guhabwa abana bâu Rwanda
Madane Jeannette Kagame yasabye ababyeyi kwitoza kurera abana bazagirira igihugu akamaro kandi bakanishimira kukibamo, ibi Jeanette Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Ugushyingo 2016 ubwo umuryango âunit clubâwizihizaga isabukuru yâimyaka 20 Umufasha wâumukuru wâigihugu yafuze ko kuzaraga abana bâu Rwanda igihugu bishimiye bizatuma nabo barushaho kugikorera bishimye bikazateza imbere umuryango nyarwanda wose. [ad id=”44145″] […]
Abayobozi ba Banki nkuru y'u Rwanda n'u Burundi basanga hakenewe ibiganiro ku bihugu byombi
Mu nama iherutse kubera i Arusha muri Tanzania, Guverineri wa banki nkuru yâu Rwanda(BNR), John Rwangombwa yatangaje ko kuba igihugu cyâu Burundi cyarafunze umupaka ubuhuza nâu Rwanda byagize ingaruka nini ku bihugu byombi. Nkâuko bitangazwa nâijwi rya Amerika, yagize ati âu Burundi bwahisemo gufunga umupaka ubuhuza nâu Rwanda ku mpamvu bo bita izabo bwite. Ibyo […]
U Rwanda rukomeje gutanga amasomo mu karere na Uganda abazunguzayi bahagurukiwe
U Rwanda rukomeje guha amasomo no kubera intangarugero ibindi bihugu byo mu karere, aho nyuma yo kwigisha Abarundi gusoresha aho baparika amamodoka mu mujyi, ndetse abatwara abanyonzi ku magare muri iki gihugu bakaba baherutse gutegekwa kwambara imyambaro ibaranga, kuri ubu mu gihugu cya Uganda ho abacururiza mu mihanda bakaba bahagurukiwe. [ad id=”44145″] Minisitiri ushinzwe umujyi […]
CNLG irasaba za kaminuza nâamashuri makuru guhangana nâingengabitekerezo ya jenoside
Ku wa kane tariki ya 3/11/2016, Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside yagiranye inama na za Kaminuza nâamashuri makuru yo mu Rwanda.Inama yitabiriwe nâibigo bigera kuri 46. Mu kuyobora iyo nama, Dr Gasanabo Jean DamascĂšne yafatanyije na Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney, umudepite uri mwâIhuriro rishinzwe kurwanya jenoside mu Nteko Ishingamategeko. [ad id=”44145″] Intego nyamukuru yâiyo […]
Imodoka 11 z'agaciro zâumuhungu wa perezida Obiang Nguema zafatiriwe mu Busuwisi
Imodoka 11 zâagaciro nâiza sport za Teodorin Obiang Nguema, umuhungu wa perezida wa Guinea Equatorial zafatiriwe nâabayobozi bâu Busuwisi. [ad id=”44145″] Ibi bikaba byakaozwe mu rwego rwâiperereza ryâibanze kuri ruswa. Nkâuko byatangajwe nâumunyamakuru ukora inkuru zisaba kubanza gukora iperereza witwa Francois Pilet, iri fatira ryâizi modoka ryabereye i Geneve kuwa Mbere ushize, itariki 31 Ukwakira […]
Ubushomeri bwafashe intera, abantu ibihumbi 700 basabye akazi ahakenewe abakozi 500
Imibare itangazwa nâimiryango mpuzamahanga itandukanye yerekana ko isi igeze mu bihe bikomeye, ikibazo cyâubushomeri kiri mu bikomeje kuza imbere mu byo isi ihanganye nabyo. Byâumwihariko ku Rwanda, ikigo cyâigihugu cyâibarurishamibare giherutse gutangaza ko abanyarwanda 13.2% byâabagejeje ku myaka yemererwa gukora akazi kuri ubu bari mu bushomeri, iyi mibare yatangajwe mu kwezi kwa gatandatu mbere yâuko […]
Bomboribombori mu bitaro bya Kibagabaga, gukoresha telefone ku mukozi byagizwe ikizira kikaziririzwa
Ibitaro bya Kibagabaga ni bimwe mu bitaro 2 byo ku rwego rwâakarere ka Gasabo kamwe mu turere 3 tugize umujyi wa Kigali. Ibi Bitaro bifite uburambe bukabakaba imyaka 10, byubatswe ahagana mu 2006 ku nkunga ya Leta yâUbubiligi bubinyujije mu kigo mpuzamahanga cyâUbubiligi gishinzwe gutera inkunga mu bya tekiniki BTC [ CoopĂ©ration TĂ©chnique Belge ] […]
Hanze hari udutsiko twâabantu batifuza kubona ubwiyunge bwâAbanyarwanda â Hon. Mukantabana
Ngo hari udutsiko twâabantu hanze yâu Rwanda batifuza kubona ubwiyunge bwâAbanyarwanda kandi ngo tukaba ari imbogamizi mu gushyira mu bikorwa gahunda ya Unit Club ndetse no kuri guverinoma yâu Rwanda nkâuko byatangajwe na minisitiri seraphine Mukantabana, komiseri wungirije ushinzwe ubuvugizi muri Unity Club. [ad id=”44145″] Mukantabana yavuze ko utwo dutsiko twâamacakubiri tugizwe nâamadayimoni yâingengebitekerezo yo […]
Burundi: Urukiko mu Busuwisi rwanze ko ibisigazwa byâumugogo wa Mwambutsa IV bicyurwa
Nyuma yâimyaka 4 yâintambara mu butabera mu gihugu cyâu Busuwisi, urukiko rwo mu mujyi wa Geneve amaherezo rwemeje ko ibisigazwa byâumugogo wâumwami Mwambutsa IV wâu Burundi bitazacyurwa mu Burundi. Umugogo wâuyu wahoze ari umwami wâu Burundi ukaba warashyinguwe mu Busuwisi mu 1977, ariko hakaba hari hashize imyaka 4 haratangijwe urubanza ku kuntu ibisigazwa byâumugogo wâumwami […]
Shampiyona irakomeza ku munsi wa kane, uko amakipe azaba yesurana
Kuva kuri uyu wa gatanu mu Rwanda harakomeza imikino ya AZAM Premier League, iraba ikinwa ku munsi wayo wa kane, iyi mikino irabimburirwa nâumukino uhuza ikipe ya Police FC na Gicumbi FC, urabera ku Kicukiro. Iyi mikino izabera ku bibuga bitandukanye byiganjemo ibyo hanze yâumujyi wa Kigali izasozwa kuri iki cyumweru ubwo hazaba hakinwa umukino […]
Sudani yâEpfo: Umusirikare wa Kenya wari uhagarariye UN yasimbujwe Umushinwa
Nyuma yâuko umunyamabanga wa Loni, Ban Ki-moon yirukanye Lt-Gen Johnson Mogoa Kimani Ondieki w’Umunyakenya wari uhagarariye ingabo za Loni muri Sudani yâEpfo, amushinja kutuzuza inshingano zo kurindira abasivile umutekano, kuri ubu yasimbujwe Gen Chaoying Yang ukomoka mu Bushinwa. Nkâuko byamaze gutangazwa nâumuvugizi wa Loni, Stephen Dujarric, ngo uyu musirikare wo mu Bushinwa aje asimbura uwo […]
Amerika: Urusengero rwâabirabura rwatwitswe nâabamamaza D.Trump rurakongoka
Urusengero rwa gikirisitu ruzwi ku izina rya “Hopewell Missionary Baptist” ruherereye muri Mississipi, muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, iperereza riravuga ko rwatwitswe nâabari ku ruhande rwâumukandida Donald Trump, mu bisa nâimyigaragambyo ikangurira abantu kumutora muri iki cyumeru. Uru rusengero rwakongowe nâinkongi yâumuriro ngo rwasengeragamo abafite inkomoko yo muri Afurika bâabirabura basaga ibihumbi 35, ubu […]
Abapolisi 240 biteguye kujya gusimbura bagenzi babo muri Sudani yâEpfo
Umuyobozi mukuru wa Polisi yâu Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa bya Polisi, DIGP Dan Munyuza yakanguriye umutwe wâabapolisi bitegura kujya muri Sudani yâEpfo gufatanya hagati yabo no kwita ku bikenewe ngo bazashobore kurangiza inshingano zibajyanye nâubutumwa bazajyamo. Yabigarutseho ababwira ko kuzajya guha umutekano , ituze nâamahoro abaturage bâigihugu cyâamahanga ari ubutumwa buremereye kandi ari uguhagararira Polisi […]
Ni iki leta iteganyiriza abanyereje inka zagenewe abatishoboye?
Mu mwaka wa 2006, nibwo mu Rwanda hatangijwe gahunda ya Girinka Munyarwanda, igamije kongera koroza no gutuma umuryango Nyarwandsa wongera kunywa amata. Iyi gahunda ikaba yararebaga cyane abatishoboye ndetse nâabadafite amikoro yo kwiyubakira ibiraro byo kuzororeramo bakaba barubakirwaga. Kugeza ubu, ikigo cyâigihugu gishinzwe ubuhinzi gitangaza ko inka zigera kuri 729 zo muri iyi gahunda zaburiwe […]
Umuryango wa Kigeli wanyomoje amakuru yavugaga ko azatabarizwa mu mahanga
Kuri uyu wa Gatatu Ugushyingo 2016, umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa wanyomoje amakuru amaze iminsi avugwa ko umugogo we uzatabarizwa mu mahanga, aho wemeje ko umwami agomba gutabarizwa mu Rwanda n’ubwo itariki itatangajwe. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Amerika rivuga ko umuryango we ariwo wafashe iki cyemezo. Riragira riti: âUmuryango […]
Ikibazo cyâabasirikare bâu Burundi bari muri Somalia cyateranyije abadepite
Inteko Ishingamategeko yâu Burundi, kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ugushyingo 2016, nibwo yateranye yatumiye bamwe mu bayobozi bo mu nzego zâumutekano biga uburyo abasirikare bâu Burundi bakurwa mu bihugu bagiyemo mu butumwa bwâamahoro. Muri iyo nteko rusange hari hatumiye, Minisitiri wâingabo, Emmanuel Ntahomvukiye na Minisitiri wâumutekano ari we, Guillaume Bunyoni. [ad id=”44145″] Aba […]
Ku myaka 15, yabyariye mu kizamini gisoza amashuri abanza
Mu masaha ashyira saa yine za mugitondo, ubwo abanyeshuri bari mu bizamini bisoza amashuri abanza bari mu kizamini cyâimibare, nibwo uyu mwana wâumukobwa yafashwe nâibise. Ubuyobozi bwâikigo cyâamashuri abanza cya Ongerei muri Uganda, bihutiye kugeza umubyeyi kwa muganga, aho yahise yibaruka umwana wâumukobwa. Nyuma yaho ngo nibwo abapolisi bacungaga umutekano ku ishuri aho bakoreraga ibizamini […]
Ni Adeline, arashaka umusore bakundana ariko udafite ingeso yâuburaya
Ndabashuhuje, nanjye nje kuri uru rubuga nifuza kugerageza amahirwe. njye ndi umumama ufite urukundo ruzima n’ubupfura bwinshi pe, ndi umukristo utinya Imana no guhemuka,, ariko murabizi mu muco wacu ntibyorohera umukobwa cg umugore kujya kwishakira umugabo. [ad id=”44145″] Akaba ariyo mpamvu niyambaje runo rubuga kuko nizera ko uwo Imana yakugeneye mwahurira aho ariho hose ,, […]
Tour du Rwanda iregereje, menya imihanda izakoreshwa muri aya marushanwa
Ubwitabire budasanzwe bwâabanyarwanda baba baje gukurikirana amasiganwa ya Tour du Rwanda bwagaragaje ko aya marushanwa ariyo akunzwe cyane mu Rwanda, hasigaye iminsi 11 ngo u Rwanda rwakire aya marushanwa mpuzamahanga azenguruka igihugu ku magare, U Rwanda ruzaba ruhagarariwe nâamakipe atatu ( Team Rwanda, Benediction na Sports Club Friends yâi Rwamagana ) muri aya masiganwa azaba […]
Kenya igiye gukura ingabo zayo muri Sudani yâEpfo
Nyuma yâuko umunyamabanga wa Loni, Ban Ki-moon yirukanye umusirikare wâumunyakenya wari uyoboye ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro muri Sudani yâEpfo amushinja kunanirwa gucungira umutekano abasivile, leta ya Kenya yahise ifata icyemezo cyo gukurayo ingabo zayo zose zari ziri muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Ku wa Kabiri wâiki cyumweru, nibwo Ban Ki-moon yafashe icyemezo cyo kwirukana […]
Ni Mugenzi, arashaka umukobwa bakundana wâinzobe kandi uteye neza, ufite imyaka (20-27)
Hello!my name is Mugenzi Bless. Nkeneye umukunzi umukobwa uri serious, wiyiziho kugira care, ufite urukundo kdi ugira umutima mwiza, winzobe cg imibiri yombi, utari mugufi cyane utari na muremure cyane, uteye neza, wiga cg wize kaminuza, ukunda gusenga abaye ari umurokore cg giteguye kubawe byaba ari sawa, uri hagati ya 20-27(imyaka).phone:0733385578,0784460249! Murakoze!! [ad id=”44145″] Niba […]
Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by'akazi ka leta
Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini byâakazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo nâibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza. Amakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi […]
Gen Niyombare yarahunze, Nkurunziza azayobora kugeza ku myaka 100- Iyi ni intero yâImbonerakure
Bitwaje impiri, imihoro nâimbunda zo mu bwoko bwa kalachnikov,âŠImbonerakure zâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi zazengurukaga mu gace ka Kayanza ziririmba indirimbo zateye ubwoba abahatuye ndetse zinashimangira ko Perezida Nkurunziza azayobora kugeza ku myaka 100. Bitangazwa kandi ko izi Mbonerakure zazengurukaga ziririmba ziri no mu myitozo isa nkâiya gisirikare, gusa ibi ngo bikaba […]
Kayonza: Inzego zâumutekano zirashakisha umugore wibye uruhinja mu bitaro bya Gahini
Mu bitaro bya Gahini biherereye mu karere ka Kayonza, haravugwa inkuru yâuruhinja ruherutse kwibwa nâumuntu na nubu utaramenyekana mu ntangiriro z’uku kwezi kw’Ugushyingo 2016 , uwo muntu akaba yararwibye nyuma yo kwinjira mu bitaro abeshya ko agemuriye umurwayi. Uyu mugore witwa Mukamazimpaka wâimyaka 28 yâamavuko, utuye Mudugudu wa Rucaca, Akagari ka Murundi, mu Murenge wa […]
IMF isanga u Rwanda ruhagaze neza mu bukungu nâubwo ifaranga ryarwo rishobora guta agaciro
Ikigega mpuzamahanga cyâimari (IMF) cyashimiye u Rwanda ku izamuka ryâubukungu bwâigihugu kuko bwagumye kuri 6% mu mwaka wa 2016 mu gihe ahandi ku isi yose ubukungu bwagaragaje ihungabana no gusubira inyuma gukomeye, icyakora iki kigega cyemeza ko izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rishobora gutuma ifaranga ry’igihugu rita agacico. Iki kigega cyemeza ko u Rwada rwabashije gucunga neza […]
Minisitiri Mushikiwabo yitabiriye inama yâumutekano mu Bushinwa
Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane wâ u Rwanda Louise Mushikiwabo, ari kumwe nâitsinda ayoboye, yitabiriye inama mpuzamahanga mu byâumutekano iri kubera i Beijing mu Bushinwa. Mu kiganiro yahaye abitabiriye inama ku munsi wâejo ; Minisitiri Mushikiwabo yagarutse ku kamaro kâigihugu cyâUbushinwa mu kubungabunga amahoro nâumutekano ku isi; byâumwihariko iyo urebye umwanya bufite mu kanama kâabanyamuryango batanu […]