USA: Umusaza w’imyaka 87 aravugwaho kubyara abana 1300 hirya no hino
Umusaza w’imyaka 87 yaje kwemezwa ko yabyaye abana bagera ku 1300 mu gasozi nyuma y’iperereza ryakozwe n’ukora iperereza wigenga (Private Detective) wahawe akazi n’umuryango wo muri Tennessee muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agashyira uku kuri kwatunguye abatari bacye ahagaragara. Iperereza ryakozwe ngo ryegeranyije samples za DNA zibarirwa mu bihumbi n’ubuhamya butandukanye mu gihe cy’imyaka […]
Riek Machar yabyinanye insinzi na Trump amuregera perezida wa Sudani y’epfo
Umukuru w’inyeshyamba zitavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’epfo, Dr. Riek Machar yohereje ubutumwa bwo kwishimira insinzi Donald Trump watorewe kuyobora leta zunze ubumwe z’Amerika; anaboneraho kumutungira agatoki mugenzi we bayoboranaga Sudani y’epfo Salva Kiir. Nyuma y’aho Donald Trump atangarijwe nka perezida wa 45 wa leta zunze ubumwe z’Amerika; abayobozi batandukanye ku isi biganjemo abakuru b’ibihugu […]
FERWABA yakubye kabiri amafaranga fatizo mu igurwa ry’abakinnyi
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basiketi mu Rwanda riratangaza ko kuri ubu ikipe yose izitabira Shampiyona ya Basiketi izasabwa gutanga amafaranga miliyoni kuri buri mukinnyi wese izagura wo kuyikinira muri season ya 2016/2017. Ibi byatangarijwe mu nteko rusange itegura season 2016/2017 yabereye kuri sitade amahoro ku cyumweru gishize. Umuyobozi wa FERWAFA, Mugwiza Desire ubwo yasobanuraga impampu yiri […]
“Boko Haram ni abana beza” ibyatangajwe n’abakobwa yari yarashimuse
Abakobwa 21 baherutse kurekurwa mu bari barashimuswe n’inyeshyamba za Boko Haram aho bigaga mu ishuri rya Chibok ubwabo batangaje ko inyeshyamba za Boko Haram zabitwayeho neza ku buryo batari biteze. Nta hohoterwa rishingiye ku gitsina, gufatwa ku ngufu cyangwa ubundi bugizi bwa nabi bigeze bakorerwa n’aba barwanyi mu gihe kigera ku myaka 2 n’igice bamaze […]
Ese Madonna wari wavuze ko abazatora H.Clinton azabahemba kuryamana nawe, ubu yaba amerewe ate?
Nyuma y’intsinzi ya Donald Trump, bamwe bakomeje kwibaza uko bamwe mu bahanzi bo muri USA bamerewe mu gihe bamwe bari bizeye ko H. Clinton ari we uri buyegukane. Umuhanzikazi Madonna w’imyaka 58 y’amavuko yari yatangaje imbere y’imbaga y’abafana ko buri wese uzatora Clinton azamuhemba kuryamana nawe, bagakorana imibonano yo mu kanwa. [ad id=”44145″] Si ibi […]
Perezida Kagame yashimiye Donald Trump ku bw’intsinzi ye yo kuyobora USA
Mu gihe abayobozi b’ibihugu bitandukanye bakomeje gushimira Donald Trump ku bw’intsinzi yo kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika yegukanye, na Perezida Paul Kagame yamushimiye ndetse anakomoza ku mubano mwiza n’iki gihugu agiye kuyobora. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter mu rurimi rw’icyongereza, ugenekereje mu Kinyarwanda Perezida Kagame yagize ati: “ Amashimwe kuri Donald Trump ku […]
Ibihugu 3 mu karere biravugwa mu busahuzi bwa zahabu ya Congo
Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, iherutse guhishura ku Cyumweru gishize ubutekamutwe buvanze n’ubujura bwa zahabu bivugwamo, uwahoze akuriye umutwe w’igipolisi ushinzwe kurwanya imyigaragambyo mu Burundi, Col Uwamahoro, inzego z’ubutasi z’u Burundi ndetse n’abacuruzi bo mu Burasirazuba bwo Hagati n’imitwe yitwaje ibirwanisho ikorera mu burasirazuba bwa Congo. Hatunzwe kandi urutoki ibihugu bitatu byo mu karere, ariko n’u […]
Intumwa za ECCAS ziri kumenyekanisha ibikorwa by’uyu muryango mu Rwanda
Kuva ku wa 5 Ugushyingo kugeza ku wa 9 Ugushyingo 2016, Intumwa zivuye mu muryango w’ubukungu bw’ibihugu by’Afurika yo hagati (ECCAS) ziri gusura inzego zitandukanye mu rwego rwo kumenyekanisha ibikorwa by’uyu muryango banashishikariza abanyarwanda kwitabira uyu muryango. Izi ntumwa za ECCAS (Economic Community of Central Africa States) zije mu Rwanda kumenyekanisha ibikorwa by’uyu muryango nyuma […]
Kigali: Urukiko rwasubitse urubanza Maj. Rugomwa aregwamo kwica umwana
Nyuma y’iminsi 30 Maj. Dr Rugomwa na mugenzi we Nsanzimfura Mamerito bafunze hategerejwe ibizava mu iperereza ku cyaha baregwa cy’umufatanye mu kwica umwana w’umuhungu witwa Theogene Mbarushimana, urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwasubitse uru rubanza. Maj. Dr Rugomwa Mupenzi Aimable mu rubanza ruheruka, yari yahakanye ko yishe uriya mwana yabigambiriye ahubwo ko yitabaraga aziko […]
Gisagara: Abana bafite ubumuga bagiye gushyirwa mu mashuri
Kuri uyu wa kabiri 08/11/2016, ku bufatanye bw’Akarere ka Gisagara n’Inama y’Igihugu y’abantu bafite ubumuga (NCPD/JICA), ku biro by’Akarere habereye inama yahuje NCPD/JICA n’Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, Umuyobozi w’ishami ry’Iterambere ry’imibereho myiza, abakozi bashinzwe uburezi ku Karere n’Imirenge, abahuzabikorwa b’inama y’igihugu y’urubyiruko mu mirenge, bagezwaho ibyavuye mu ikusanyamakuru ryakozwe ku […]
Perezida Nkurunziza w’u Burundi niwe wabaye uwa mbere yifuriza intsinzi Donald Trump
Mu gihe amatora atari yarangira muri Leta zunze ubumwe za Amerika ariko bikaba bigaragara ko Donald Trump ari we wegukanye intsinzi y’ugiye kuba perezida, Perezida Nkurunziza w’u Burundi abaye perezida wa mbere uyimwifurije. Abicishije ku rukuta rwe twa Twitter, Perezida Nkurunziza yagize ati: “Bwana, Donald Trump, mu izina ry’abaturage b’u Burundi, tubanje kubashimira, intsinzi yanyu […]
Dore amwe mu mafoto y’ibihe byaranze Trump na Clinton kuva mu bwana bwabo
Mu gihe ibihugu bitandukanye hirya no hino ku isi byari bimaze igihe bitegereje ibizava mu matora y’ugomba kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kugeza ubu amahirwe menshi yamaze guhabwa Donald Trump mu matora yo kuri uyu wa 2 tariki ya 8 Ugushyingo 2016. [ad id=”44145″] Nk’uko rero byagiye bigaragara mu myiyamamarize y’aba bakandida 2, donald Trump […]
Ni Diane, umukobwa ushaka umusore bakundana (Fungura ubone umwirondoro we)
Nanjye ndasaba umukunzi mfite imyaka 28 narangije kaminuza, ndi imibiri yombi ndashaka umukunzi w’umuhungu ufite imyaka hagati ya 33_37 wize kaminuza kandi ufite icyo akora kandi ukijijwe ufite gahunda yo kurushinga twumvikane umuntu utujuje ibyo ntiyirirwe anyandikira ,ufite gahunda anyandikire kuri email uwasediane153@gmail.com. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: […]
Abasore batandukanye bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
Nitwa Muhire J.Pierre Ndashaka Umukunzi, Agomba Kuba Afite Uburebure Buhagije, Ari Inzobe Cg Isine, Agomba Kuba Ari Hagati ya 25 Na 30 Years. agomba kuba ari seriours and sure to fallen in true love. Email : barekerolabe3@yahoo.com Amahoro je nifuza umukobwa afise inzobe canke wutubiri twompi; atonze cane. yize kandi akora akazi. atarenza 30 ans. […]
USA: Donald Trump niwe wegukanye intsinzi mu matora y'umukuru w'igihugu
Mu gihe hasigaye intara zitarenze 5 amajwi yavuye mu matora ataragaragazwa, bisa nk’aho byarangiye Donald Trump ari we wegukanye intsinzi mu matora ya perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Ugushyingo 2016, aho amaze kugira amajwi 276 mu gihe Hillary Clinton afite amajwi 218. Iyi rero ikaba ari […]
Zimwe mu nzibutso za Jenoside zigiye gushyirwa mu bigize umurage w’isi
Taliki ya 15 Kamena 2012 nibwo UNESCO yemeje ko inzibutso za Jenoside zirimo urwa Kigali ruri ku Gisozi, Murambi, Nyamata na Bisesero, zishyirwa mu murage w’isi byagateganyo mu gihe hari hategerejwe ko igihgu cy’u Rwanda kibyemera, kuri ubu Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yatangiye kwiga uburyo ibi byashyirwa mu bikorwa bitarenze mu mwaka wa 2018. […]
Nigeria: Abiyahuzi bataramenyekaya bahitanye abasaga 36 bacukuraga amabuye y'agaciro
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2016, abiyahuzi bataramenyekana bagabye igitero ku bacukuraga amabuye y’agaciro mu gace ka Maru ho muri leta ya Nigeria abacukuraga basaga 36 bahasiga ubuzima. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko umuyobozi w’aka gace aba bantu bacukuragamo zahabu, Abdulaziz Yari yatangaje ko ubwo aba bantu bagabwagaho igitero izego z’umutekano […]
Abakomando barya inzoka ari mbisi bashaka kwerekana imbaraga zabo- REBA AMAFOTO
Abasirikare kabuhariwe bo muri repubulika ya Lebanese iherereye mu Burengerazuba bwa Aziya, mu rwego rwo kugaragaza ubuhangange n’imbaraga bafite, barya inzoka ari mbisi bakanakora indi myitozo y’imbaraga idasanzwe. Nk’uko binagaragara mu mafoto ndetse binakwirakwizwa mu binyamakuru bitandukanye, ngo aba basirikare bakora iby’abantu babona bagatangara bashaka kugaragaza imbaraga z’igisirikare cyabo. Ikindi kandi ngo aba basirikare bakora […]
Polisi y’u Rwanda yasoje gusimbuza abapolisi muri Sudani y’Epfo
Igikorwa cyo gusimbuza itsinda rya mbere ry’abapolisi b’u Rwanda bari basanzwe mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo (UNMISS) cyarangiye ku itariki ya 8 Ugushyingo. [ad id=”44145″] Abagarutse mu gihugu ni 120 bo mu itsinda rya mbere (RWAFPU 1) ; basanze bagenzi babo bangana gutyo nabo baherutse gutaha mu gihugu nyuma yo kurangiza neza […]
Green P yasobanuye impamvu abaraperi bonona Ikinyarwanda mu ndirimbo ye nshya yise “Hejuru”
Nk’uko bisanzwe bizwi ko kenshi burya mu ndirimbo zabo, abaraperi cyangwa se abaririmbyi b’injyana ya Hip Hop (Rap)ari ho bakunze kuvugira ukuri kwabo cyangwa ikibari ku mutima kimwe n’abandi bahanzi bose muri rusange, kuri iyi nshuro umuraperi Green P yasobanuye impamvu abaraperi bonona Ikinyarwanda mu ndirimbo ye nziza cyane yise Hejuru. [ad id=”44145″] Umuraperi Green […]
Abanyamerika baba mu Rwanda bagize icyo bavuga ku matora y’iwabo
Mu gihe amatora ya perezida ugomba gusimbura Barack Obama arimbanyije muri Amerika, bamwe mu banya-Amerika baba hano mu Rwanda bagaragaje ibyiyumviro byabo kuri aya matora. Abanyamerika biganjemo urubyiruko ruri mu rugendo shuri hano mu Rwanda rusanga abakandida bose mu gihugu cy’iwabo bafite ibyo banegwa ariko bakibanda cyane ku kuba Trump ari umuntu udafite ingamba zifatika. […]
U Rwanda rugiye kongera kugurisha impapuro z’agaciro kangana na Miliyari 15
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Ugushyingo 2016, Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko leta y’u Rwanda igiye kongera kugurisha impapuro mvunjwafaranga z’umwenda zisanzwe zizwi nka Treasury Bond. [ad id=”44145″] Mu itangazo yashyize ahagaragara, iyi banki yatangaje ko izi mpapuro zifite agaciro gakabakaba hafi miliyoni 15 z’Amadolari, abazazigura bakazaba bamaze kumenyekana bitarenze tariki ya […]
Gitega: Umugabo yicishijwe ubuhiri n’abantu bataramenyekana
Umugabo witwa Simon Ciza wari utuye mu gace ka Mushasha mu mujyi wa Gitega ho mu gihugu cy’u Burundi yaraye yishwe yicishijwe ubuhiri n’abagizi ba nabi batahise bamenyekana. [ad id=”44145″] Ubwo bwicanyi bwabaye kuri uyu wa Mbere, bubera mu ishyamba riri ku musozi wa Masenga nk’uko iyi nkuru ivuga. Urubuga UBM News rwo mu Burundi […]
Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga?
Mu buzima bwa buri munsi dukunda gusenga Imana. Nubwo umuntu atabumbura umunwa, ariko hari ibyo asaba Imana mu mutima we, akayisaba ko imusohoreza amasezerano cyangwa ibyifuzo runaka. Ikibabaje ni uko usanga akenshi abantu bibuka gusenga iyo bageze mu kaga. [ad id=”44145″] Gusa uko wasenga kose hari ibintu uba ugomba kuzirikana kugira ngo isengesho ryawe ribashe […]
Uganda: Umusaza w’imyaka 65 yivuganwe n’ingurube ye
Umugabo wo mu Karere ka Nakaseke mu gihugu cya Uganda yishwe n’ingurube ye yiyororeraga. Uyu witwa Christopher Kateregga w’imyaka 65 yari atuye mu mudugudu wa Gomotoka Buwazzi muri aka karere. [ad id=”44145″] Iyi nkuru iravuga ko Kateregga yapfuye saa moya n’igice z’ijoro kuri uyu wa Mbere, ubwo yajyaga kuzana iyi ngurube aho yarishaga. Justus Asiimwe, […]
Jeannette Kagame na mugenzi we wa Benin basuye isange one stop center
Umufasha w’umukuru w’igihugu cya Benin, Claudine Talon ari mu ruzinduko mu Rwanda kuva ku wa 7 Ugushyingo 2016 aho we na Jeannette Kagame bakomeje gusura ibikorwa bitandukanye bigamije guteza imbere igihugu, Madamu Talon ari mu ruzinduko rw’akazi aho yaje kwigira ku Rwanda imishinga itandukanye, Kuri uyu wa kabiri aba bafasha b’abakuru b’ibihugu byombi basuye ikigo […]
RDC: Ingabo za FARDC zasubiranyemo 2 zihasiga ubuzima abasivili barahakomerekera
Abasirikare babiri ba FARDC bishwe na bagenzi babo abasivili babiri nabo barakomeretswa bikabije kuri uyu wa Mbere ushize mu gace ka Bafwasende, mu birometero 262 uvuye i Kisangani. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa n’ababonye uko byagenze, ngo byose byatangiye ubwo umusirikare umwe yarasaga mugenzi we akamwica, maze undi musirikare nawe agahita arasa uwari umaze kurasa mugenzi […]
Goma: Ikintu kitaramenyekana cyaturikanye ingabo za MONUSCO 32 zirakomereka hapfa n'umwana
Guturika guhambaye kw’ikintu kitaratangazwa mu mujyi wa Goma kuri uyu wa Kabiri kwahitanye umwana gukomerekeramo abasirikare 32 bo mu Buhinde bari mu ngabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Congo nk’uko uyu muryango wabitangaje. [ad id=”44145″] Uko guturika ngo kwaturikanye ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) ubwo zavaga I Goma zigana mu gace ko mu nkengero z’umujyi kitwa Keyshero, icyateye […]
Ikariso y’uwahoze ari umugore wa Hitler yatejwe icyamunara
Bimwe mu bikoresho byari iby’umugore wa Adolphe, Hitler Eva Braun birimo n’ikariso ye byatejwe icyamunara bigurwa akayabo k’Amayero. Aka kenda k’imbere k’uyu mugore kaguzwe ibihumbi hafi 3 by’Amayero, ni kamwe mu bintu byatejwe icyamunara ku itariki ya 6 Ugushyingo 2016 i Malvern mu gihugu cy’u Bwongereza. Iyi kariso yagurishijwe mu cyamunara cy’ibikoresho byose byari iby’umugore […]
Ndera: Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu yibirinduye mu nsi y'umuhanda-AMAFOTO
Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu ifite numero za plaki RAB 628 H yanditseho izina rya Gakire yibirinduye munsi y’umuhanda. Byabereye Ku metero nka 50 uturutse ahazwi nka 15 Km (Kuri cumi na gatanu) mu masaha ya 10h30 zo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Ugushyingo 2016. Uretse inzoga zahise zimeneka ku bwinshi nta […]
Nyuma ya Kayishema, Col Setako nawe yaguye muri gereza yari afungiyemo muri Benin
Nyuma y’aho mu mpera z’ukwezi gushize twabagejejeho inkuru ivuga ko uwahoze ari perefe wa Kibuye, Clement Kayishema yitabye Imana aguye muri gereza yo muri Mali yari afungiyemo kubera uruhare yagize muri jenoside, ubu andi makuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko Colonel Ephrem Setako nawe wari ufungiye muri gereza yo muri Benin yitabye Imana mu mpera […]
Umuhanzi Chameleone yasomanye na murumuna we bifatwa nko gushyigikira ubutinganyi (Reba Video)
Umuhanzi Chameleone ukomoka mu gihugu cya Uganda ari gushidikanywaho n’abantu batandukanye bakeka ko yaba ari umutinganyi cyangwa akaba ashyigikiye abaryamana bahuje ibitsina mu gihe iki ari kimwe mu byaha bihanirwa n’amategeko y’igihugu cya Uganda. [ad id=”44145″] Video yafatiwe imbere y’imbaga y’abakunzi b’uyu muhanzi ubwo yari ari gusomanira na murumuna we Weasal ku rubyiniro yafashwe nk’ikimeyetso […]
Ubwoba bwo guterwa n’u Burusiya bwatumye OTAN isaba ingabo 300,000 kuryamira amajanja
Abayobozi ba OTAN bahangayikishijwe ndetse batewe ubwoba nuko perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin ashobora kugaba ibitero mu bihugu bihuriye muri uyu muryango, bakaba babwiye ingabo zigera ku 300,000 kuryamira amajanja. [ad id=”44145″] Umubano hagati y’u Burusiya n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’u Burayi wari usanzwe utameze neza ariko bihumira ku mirari mu mwaka ushize kuva u […]
MINALOC yemeye gutera inkunga ikigega cy’abanyamakuru
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko leta yiteguye gutera inkunga abanyamakuru mu gihe bazaba bishyize hamwe bagatangiza ikigega kigamije kubateza imbere. Ibi minisitiri Kaboneka Francis yabitangaje kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2016 ubwo abanyamakuru bibumbiye mu iterero ry’impamyabigwi bamurikiraga uyu mutoza mukuru amacumu. [ad id=”44145″] Intore z’impamyabigwi zamurikiye Minisitiri Kaboneka ibikorwa bitandukanye zakoze birimo igikuriye ibindi […]
RDC: Inyeshyamba 10 n’abasirikare 2 ba leta baguye mu mirwano yabahuje
Inyeshyamba 10 zo mu mutwe, Union des patriotes pour la liberation, n’abasirikare babiri ba FARDC biciwe mu mirwano yabahuje kuwa Gatanu ushize muri Teritwari ya Mambasa muri Ituri. [ad id=”44145″] Amakuru aturuka ahabereye imirwano avuga ko imirwano yatangijwe icya rimwe n’ingabo za leta ya Congo ku biturage bya Sun City, Makamanda, Kanyabundi, Pangoy, Kitembo na […]
Nyuma y'uruzinduko rwa Perezida wa Benin mu Rwanda, umufasha we Claudine Talon nawe yahasesekaye
Umufasha wa Perezida wa Benin Claudine Talon ari mu Rwanda guhera kuri uyu wa 7 ugushyingo 2016, mu ruzinduko rw’iminsi 4. Ni nyuma y’uko Perezida w’iki gihugu cya benin nawe yari mu Rwanda mu mpera z’ukwezi kwa Kanama uyu mwaka mu ruzinduko rw’iminsi 3, aho yasuye ibikorwa bitandukanye mu Rwanda bijyanye n’iterambere. [ad id=”44145″] Aba […]
U Bushinwa: (Mu mafoto) Umusaza w’imyaka 80 yatunguye abantu mu myiyereko y’abanyamideri
Umusaza w’imyaka isaga 80 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Bushinwa uzwi ku mazina ya Wang Deshun aherutse gutungura abantu mu cyumweru cyahariwe abanyamideri muri iki gihugu , ubwo uyu musaza yagaragaje imbaraga zidasanzwe muri mu myiyereko isanzwe iba buri mwaka muri iki gihugu. [ad id=”44145″] Uyu musaza usanzwe azwiho gusetsa ndetse no gukorana imbaraga nyinshi […]
Kigali: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho gukorera iyicarubozo abana batatu
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi umugabo witwa Gashema Emmanuel w’imyaka 39 y’amavuko, ukurikiranyweho gukorera iyicarubozo abana batatu yakubise yarangiza akanabashimuta . Uyu mugabo utuye mu kagari ka Rwampara mu murenge wa Nyarugenge , akarere ka Nyarugenge yafashwe ku italiki ya 6 Ugushyingo uyu mwaka wa 2016, akurikiranyweho kuba yarakoreye iyicarubozo aba […]
Umusifuzi yishwe n'umukinnyi amuziza ko yamuhaye ikarita itukura
Umukinnyi w’umupira w’amaguru witwa Ruben Rivera Vazquez wo mu gihugu cya Mexique, kuri ubu arahigwa bukware nyuma yo kwivugana umusifuzi ku munsi w’ejo amuziza kumuha ikarita itukura. Ku munsi w’ejo ku cyumweru, ubwo uyu musifuzi witwa Victor Trejo yasifuriraga abakinnyi bari mu myitozo bisanzwe, ubwo yahaga ikarita y’umutuku uyu mukinnyi witwa Ruben Rivera Vazquez. Uyu […]
“Itangazamakuru ridafite amafaranga rirakoreshwa” Ibivugwa n'abaryigisha mu Rwanda
Raporo ya Reporters without Borders yemeza ko u Rwanda ruri mu bihugu biniga ubwisanzure by’itangazamakuru, n’ubwo Dr Kayumba Christophe atemera ko u Rwanda nk’igihugu rwaba runiga itangazamakuru, iyi nzobere muri politiki mpuzamahanga akaba n’umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda mu ishuri ry’Itangazamakuru yemera ko imikorere y’itangazamakuru mu Rwanda igaragaza ko ritisanzuye, ibintu ahuza n’ubukene bw’ibasiye uyu […]
U Burundi burashinjwa gusahura zahabu muri Congo bufashijwe na FDLR
Leta y’u Burundi iravugwaho kugurisha zahabu ku masoko yo muri Aziya ariko iperereza ryakozwe na Loni rikagaragaza ko zirenze izaba zicukurwa muri iki gihugu ahubwo ko buba bwazisahuye mu gihugu cya Congo. Bitangazwa kandi ko iki gihugu cy’u Burundi kiba cyasahuye aya mabuye ya Congo bubifashijwemo n’inyeshyamba zirimo na FDLR by’umwihariko na bamwe mu basirikare […]
Cambodge: Umusenateri yakatiwe igifungo cy’imyaka 7 azira facebook
Urukiko rwo mu gihugu cya Cambodge kuri uyu wa Mbere rwakatiye umusenateri uva mu ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi igifungo cy’imyaka 7 azira ibintu yashyize ku rukuta rwe rwa facebook. Ibi abanenga ubutegetsi bakaba bavuga ko ari ikigaragaza ukuntu guverinoma y’iki gihugu ikomeje guca intege abatavuga rumwe nayo. [ad id=”44145″] Hong Sok Hour, wari umusenateri uhagarariye […]
Inzozi za Eden Hazard ni ukuza mu bakinnyi 5 ba mbere beza (Top 5)
Nubwo bwose avuga ko atigeze agira amahirwe yo kuza ku rutonde rw’abazahatanira ballon d’or 2016, Eden Hazard umusore ukinira Chelsea avuga ko afite intego yo kuza mu bakinnyi 5 beza. [ad id=”44145″] Yagize ati: “Umwaka ushize w’imikino ntabwo nari meza neza, kuba ntarashyizwe ku rutonde ku bwanjye ntacyo bimbwiye ni ibisanzwe, ku bwanjye ntabwo nshishikajwe […]
”Imyaka maze nkorera leta ni myinshi ubu ngiye kuruhuka, icyo nzakora muzakimenya nyuma”- Bosenibamwe
Bosenibamwe Aime wahoze ayobora intara y’amajyaruguru aratangaza ko nyuma y’imyaka amaze akorera leta agiye kubanza kuruhuka hanyuma akagarukana ingamba nshya z’ibyo agiye gukora nyuma yo gukurwa ku mirimo ye. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com ku murongo wa telefone, Bosenibamwe yagize ati”haracyari kare sindamenya icyo ngiye gukora. Gusa ngiye kubanza nduhuke hanyuma icyo nzakora nzakibatangariza mu […]
Dore urutonde rw'abahanzi bahize abandi mu marushanwa nyafurika ya AFRIMA awards 2016
Ku ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere tariki ya 7 Ugushyingo 2016, muri Nigeria hasojwe amarushanwa nyafurika ya AFRIMA awards 2016. [ad id=”44145″] Iri rushanwa ryari ryahuje abahanzi batandukanye bo ku mugabane w’Afurika, igihugu cya Tanzania kikaba ari kimwe mu bihugu byaje ku mwanya wa mbere gihagarariwe n’umuhanzi Diamond Platnumz wabaye umuhanzi w’umwaka […]
Uvuga ko ari umuhungu wa Bill Clinton yitabaje Obama ngo amurenganure
Umugabo uvuga ko ari umuhungu wa Bill Clinton wigeze kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabaje perezida Barrack Obama amusaba ko bapima DNA za Bill Clinton hakemezwa ko ari umuhungu we koko. [ad id=”44145″] Danney Williams w’imyaka 30, yavuze ko ari umuhungu mukuru wa Bill Clinton kuva kera, ariko ubu noneho aravuga ko […]
Uganda: Umuhanzi Sheebah Karungi ngo afata se nk'uwapfuye akemeza ko nyina ari nawe se
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda, Sheebah Karungi, muri iki cyumweru gishize yatangarije ikinyamakuru Kampala Sun amateka ye avuga ko nta se agira, nubwo ahari, ashimangira ko se afite ari nyina. [ad id=”44145″] Ubwo yaganiraga n’iki kinyamakuru, Sheebah yavuze ko afata se umubyara nk’uwapfuye nubwo bwose ngo ariho ari muzima, bitewe nuko ngo atigeze amuba […]
Burundi: Barashyingura bugacya isanduku n’ibindi umurambo uhambyemo byibwe
Ubujura bukomeje kuvugwa mu irimbi rya Mpanda riherereye mu ntara ya Bubanza mu Burundi, aho bashyingura umurambo, bugacya abajura basambuye imva ibyari biyubatse babyibye. Mu gihe polisi itangaza ko abihishe inyuma y’ubwo bujura batari bamenyekana, abashinzwe kuzicukura (imva) batangaje ko ubu bujura bwatangiye mu kwezi kwa 8 ubu imva zirenga 75 zikaba zaribwe. Umwe yagize […]
Rusizi : Yibye ihene bamuzengurutsa umujyi ayihetse
Ubujura bw’amatungo yiganjemo amato bukabije bwatumwe abatuye mu karere ka Rusizi bahanisha umujura wafatanywe ihene yamaze kuyica igihano kidasanzwe mu muco Nyarwanda. Ibi byabaye kuri uyu wa mbere, taliki ya 7 Ugushyingo 2016, ubwo abatuye Rusizi, umurenge wa Bugarama bazindutse bahekesha ihene umujuru witwa Habimana Maurice wafashwe saa saba z’ijoro afatiwe mu rugo rw’umuturanyi amaze […]
Nyuma yo gukurwa ku buguverineri, Bosenibamwe yanakuwe ku buyobozi bwa RPF-Inkotanyi
Kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2016, nibwo uwahoze ari Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Bosenibamwe Aime yashyikirije ibitabo birimo ibikorwa by’umuryango FPR Inkotanyi, umuyobozi mushya w’iyi ntara Musabyimana Jean Claude wamusimbuye kuri uyu mwanya. Ni nyuma gato y’impinduka zabaye muri guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye n’ihinduranya ry’abayobozi, aho uwari guverineri Bosenibamwe Aime yaje gusimbuzwa kuri uriya mwanya […]
Sudani y’Epfo: Uwitwaje imbunda yarashe abantu barebaga umupira yicamo 11 akomeretsa 16
Abantu bagera kuri 11 biganjemo abafana b’umupira w’amaguru, biravugwa ko kuwa Gatandatu ushize ninjoro bishwe barashwe n’umuntu witwaje imbunda wabasanze aho bari bari kurebera umupira wo muri shampiyona y’u Bwongereza (English Premier League), abandi 16 barakomereka. [ad id=”44145″] Ibi bintu byabereye mu gace ka Gure ko mu majyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Juba. Nta muntu ukekwaho […]
Umunsi mukuru w'itangazamakuru muri Afurika wizihirijwe mu Rwanda, uko byifashe mu mafoto
Kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2016, itangazamakuru ryo mu Rwanda ririzihiza ku ncuro ya munani umunsi w’itangazamakuru mu Rwanda, uyu munsi kandi wanahujwe no kwizihiza umunsi w’itangazamakuru muri Afurika. Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Johnston Busingye, nk’umushyitsi mukuru kuri uyu munsi yibukije abanyamakuru amateka mabi yaranze itangazamakuru ryo hambere mu Rwanda […]
Sudani: Ingabo z’u Rwanda zamuritse ibyumba by’amashuri n’ibiro zubakiye abaturage
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani zo muri batayo ya 73 y’ingabo zirwanira ku butaka, kuri uyu wa 05 Ugushyingo 2016 bamurikiye abaturage bo mu nkambi ya El Salaam mu mujyi wa El Fasher, ibyumba bitatu by’amashuri n’ibiro babubakiye. Kubaka iri shuri ryisumbuye ry’abakobwa bikaba byarakozwe ku bufatanye bw’ihuriro ry’abakirisitu […]
Perezida Kagame akoresha Twitter cyane ariko bamwe muri ba meya (mayor) bameze nk’abayitinya
Twifuje kabimbura inkuru yacu tubasogongeza kuri utu twa “Wari uzi ko “ tune kugirango utaza kwicwa n’amatsiko! Uyu munsi turibanda ku itumanaho n’isakazabumenyi ryogeye ku isi rikoresha ubuhanga buzwi nka Twitter. Mbere na mbere ariko nagirango nkwibarize nkuko nabivuze haruguru; Mbega waruziko : Akarere ka Rwamagana ariko kaza ku isonga mu Turere dukoresha Twitter cyane […]
U Rwanda rwiteze byinshi ku nama mpuzamahanga ku mihindagurikire y’ikirere muri Marocco
U Rwanda ni rumwe mu bihugu nyafurika bigiye kwitabira inama mpuzabahanga yateguwe ku bufatanye n’umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa 7 Ugushyingu 2016, iyi nama ikaba yitezwe kubera mu gihugu cya Marocco, igamije kurebera hamwe icyakorwa mu guhangana n’ibibazo biterwa n’imihindagurikire y’ikirere. [ad id=”44145″] Muri iyi nama ihuza abashakashatsi batandukanye hirya no hino ku isi ku […]
U Budage: Minisitiri arifuza kujya atangira abimukira bataragera mu Burayi bagasubizwa inyuma
Minisitiri w’umutekano w’u Budage arashaka kubuza abimukira kongera kugera ku nkombe z’inyanja ya Mediterane z’u Burayi, abasanga mu nyanja agahita abasubiza muri Afurika bataragera mu Burayi nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cyo muri iki gihugu, Welt am Sonntag, kuri iki Cyumweru. [ad id=”44145″] Mu kintu gishobora gusa nko guhinduka kw’igihugu cyari gisanzwe gifite politiki nziza zo kwita […]
Umunyemari Bertin Makuza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere
Umurambo w’umunyemari, Bertin Makuza uherutse kwitaba Imana azize indwara y’umwijima mu cyumweru gishize uri bushyingurwe kuri uyu wa Mbere nk’uko byatangajwe n’umuryango wa nyakwigendera. [ad id=”44145″] Makuza yitabye Imana aguye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faysal kuwa gatatu ushize afite imyaka 73, akaba assize umugore n’abana batandatu. Umuhango wo kumuherekeza bwa nyuma iratangira muri iki gitondo […]
Polisi yataye muri yombi abashoferi 16 bagerageza gutanga ruswa
Umuvugizi w’ishami rya polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kabanda yavuze ko aba bashoferi bagera kuri 16 bafashwe mu cyumweru kimwe bose bagerageza guha abapolisi bashinzwe umutekano wo ku muhanda ruswa nyuma y’uko babaga bishe amategeko y’umuhanda. [ad id=”44145″][ad id=”44145″] CIP Emmanuel Kabanda yagize ati “Mu cyumweru gishize honyine […]
Intumwa y’Amerika mu biyaga bigari nayo yashinje u Rwanda gutoza abarwanya Nkurunziza
Umwe mu bayobozi b’ Amerika bakuru yagaragaje impungenge z’uko ibirego u Rwanda ruregwa n’u Burundi byaba bifite agaciro, Intumwa ya Amerika mu bihugu by’ibiyaga bigari, Thomas Pierriello, kuri uyu wa gatatu yatangarije Abasenateri ba Amerika i Washingiton ko hari ibihamya bifatika bishinja u Rwanda gutoza no kwinjiza mu mitwe ya gisirikare impunzi z’Abarundi bari mu […]
Ibihugu by’Afurika byangiye Loni kubikoramo ubushakashatsi ku burengazira bw'abatinganyi
Nyuma y’uko Umuryango w’Abibumbye agashami kita ku burenganzira bwa muntu kohereje umwe mu nzobere mu bijyanye n’imibanire prof. Vitit Muntarbhorn ukomoka mu gihugu cya Thailand, kureba ibibazo byugarije abaryamana bahuje ibitsina hirya no hino ku isi, ibihugu by’Afurika biri muri uyu muryango byasabye ko uyu mushakashatsi atazahagera kuko ntacyo azaba aje kwigisha. [ad id=”44145″] Ku […]