Nyamagabe: Gitifu w’Akarere yasezeye ku mirimo ye
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Nyamagabe Nshimiyimana Jean Pierre yamaze gusezera ku mirimo ye nyuma yo guhatwa ibibazo na njyanama y’akarere akananirwa kwisobanura ku bibazo bigaragara mu buyobozi agahitamo kwegura. Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’aka karere, Jean pierre ngo yananiwe kwisobanura ku bibazo byagaragaye mu mitangirwe y’amasoko amwe n’amwe ya leta muri aka karere, bityo agahitagamo gukuramo […]
Uko igitaramo cya Christus Regnat cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 cyagenze (AMAFOTO)
Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2016, Chorale Christus Regnat yo Paruwasi Regina Pacis /Remera yizihije isabukuru y’imyaka 10 imaze ivutse, mu muhango yanamuritsemo Album yayo ya 5 y’indirimo za Audio. Muri iki gitaramo kandi, iyi chorale yanaboneyeho gutanga ibihembo ku bahanzi, ibigo n’abandi bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu guharanira imibereho myiza ya Sosiyeti Nyarwanda. [ad id=”44145″] […]
Dore urutonde rw’ibihugu 5 bifite umubare w’abaturage bagufi ku isi kuruta ibindi
Iyo babara uburebure bw’abaturage aba n’aba, hibandwa ku mikurire y’umuntu mu gihagararo, uhereye mu gihe yari umwana kugeza ku basaza. Aha turagaruka ku bihugu bifite umubare munini w’abaturage bafite uburebure butajyanye n’imyaka baba bafite baba abagore n’abagabo muri rusange. Ubusanzwe buri gihugu cyangwa agace kagira abantu barebare ndetse n’abagufi, ariko hano haraza kugaragaramo ibihugu usanga […]
Dore uburyo butatu bworoshye bwagufasha kurwanya indwara y'umugongo
Abantu benshi bakunze kugira uburibwe bukabije bw’umugongo, akenshi ubu buribwe buterwa n’uko umuntu aba yitwara mu buzima bwe bwa buri munsi, imiterere y’akazi ukora cyangwa n’indi mibereho ya buri munsi isobora kuugururwa kandi mu buryo bwooroshye umuntu akabasha kugira amagara mazima. Hari uburyo bwagaragajwe n’abashakashatsi batandukanye bushobora kugufasha kwirinda indwara y’umugongo [ad id=”44145″] 1 . […]
Tour du Rwanda: Umunyarwanda Areruya Joseph yaje ku mwanya wa 3
Mu isiganwa ry’amagare kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, umunyarwanda waje mu myanya y’imbere ni Areruya Joseph wo mu itsinda Amies Sportifs, yaje ku mwanya wa 3, umwanya wa mbere ukaba wegukanye umunya-Canada, Rugg Timothy. Muri iri rushanwa ry’uyu munsi, undi munyarwanda wabashije kuza mu myanya y’imbere ni NDAYISENGA J Bosco wo mu […]
Kenya: Umubare w’abagwiriwe n’inzu ukomeje kuzamuka
Muri Kenya kumunsi w’ejo tariki ya 12 ugushyingo 2016, hakomeje ibikorwa bwo gutaburura abantu bagwiriwe n’inzu mu gihe bari mu bikorwa byo kuyubaka mu mpera z’icyumweru gishize, kuri ubu hakaba hamaze kugaragara imibiri 9 y’abahitanywe nayo n’abandi basaga 32 bakomeretse cyane, ariko ibikorwa byo gushakisha abandi bikaba bigikomeje. Inzego zishinzwe ubutabazi mu gace ka Kisii […]
Uganda: Museveni yatumije inama y’igitaraganya yiga ku kibazo cya Bri Kyanda
President Yoweri Kaguta Museveni nk’umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda yahamagaje abasirikare bakuru mu nama y’igitaraganya kugirango yige ku kibazo cy’ubujura bwa Bri Kyanda, bivugwa ko uyu Kyanda yaba yaranyereje amafaranga agera kuri miliyoni 12 z’amayero. Iyi nama yatumijwemo abayobozi b’ingabo barimo irabera mu rugo kwa Museveni ahitwa Rwakitura, mu karere ka Kiruhuura gaherereye mu burengerazuba […]
Umunyarwandakazi yegukanye ikamba rya Miss NaĂ ÂŻades 2016 muri Benin
Igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2016, Ndaruhutse Kwizera Peace w’imyaka 20 y’amavuko yatsindiye ikamba rya Nyampinga uhiga abandi mu bakobwa batuye mu mujyi witwa Cotonou uherereye mu gihugu cya Benin. Irushanwa rya Miss NaĂ ÂŻade ryatangiye gutegurwa mu 1998, Kuva ryatangira abanyarwandakazi baryitabiriye incuro eshatu, muri izo nshuro zose abanyarwandakazi bagiye begukana ibihembo. [ad […]
Gen Sultani Makenga wayoboraga M23 yatorotse none igikuba cyacitse
Nyuma yaho Uganda itangarije ko Gen Makenga atakiri mu nkambi aho yari asanzwe aba muri Uganda, inzego z’umutekano muri Congo zabwiwe kuryamira amajanja ngo atongera kubinjirana. Ikinyamakuru Zonebourse gitangaza ko Leta ya Congo yashishikarije inzego z’umutekano kuba maso cyane cyane mu Burasizuba bw’igihugu, ibi bikaba bije mu gihe Makenga atakiri hamwe n’abandi barwanyi yahoze ayoboye […]
ONU yasabye leta ya Kongo ko ishyiraho inzibacyuho
Mu gihe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo hari gutegurwa amatora y’umukuru w’igihugu, aho abatavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi rishaka ko Perezida Kabila yiyamamariza indi manda, ibintu byanateje umutekano mucye muri iki gihugu, umuryango w’Abibumbye wasabye ko mu rwego rwo guhosha imvururu ziri muri iki gihugu hashirwaho inzibacyuho bityo amatora akazakorwa nta muyobozi uri […]
Imikorere idahwitse yatumye KBS ihindurirwa umuyobozi
Ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyatangaje umuyobozi mushya wa kompanyi itwara abagenzi mu mujyi wa Kigali izwi nka KBS (Kigali Bus Service). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RURA kuri uyu wa gatatu, iki kigo cyemeje ko Eng. Deo Muvunyi ari we muyobozi wa KBS muri manda y’amezi atandatu. [ad id=”44145″] Iri tangazo […]
Ruhango: Abagore n'abagabo 75 bigeze gukorerwa ihohoterwa bibumbiye hamwe mu kurirwanya
Abigeze gukorerwa ihohoterwa 75 bo mu karere ka Ruhango biyemeje gutanga umusanzu mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo, irishingiye ku gitsina, n’irikorerwa abana. Ibi babyiyemeje ku wa 10 Ugushyingo mu nama bagiranye na Inspector of Police (IP) Angelique Abijuru, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego muri aka karere. [ad id=”44145″] […]
Abasirikare b’u Rwanda baratungwa agatoki ko baba barasiye umukongomani ku mupaka w’u Rwanda na Congo
Bitangazwa ko ibi byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Ugushyingo 2016, ko abasirikare b’u Rwanda barinda umutekano ku mupaka w’u Rwanda na Congo ahazwi nka Petite barriere barashe Umukongomani nyuma yaho henda no kubaho imvururu. Radiyo Okapi, dukesha iyi nkuru itangaza ko aba basirikare b’u Rwanda barashe uwo Mukongomani wari mu kigero cy’urubyiruko […]
Iyamuremye na Mugimba bashinjwa kugira uruhare muri jenoside bagejejwe mu Rwanda
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Ugushyingo 2016, nibwo abagabo 2, Iyamuremye Jean Claude ukekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu yakoreye mu karere ka Kicukiro hamwe na mugenzi we Jean Baptiste Mugimba bagejejwe ku kibuga cy’indege i Kanombe bazanywe n’indege ibakuye mu Buholandi. Aba bombi bakaba bakurikiranwe n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda ku […]
Chorale Christus Regnat igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 mu gitaramo cy’imbaturamugabo
Chorale Christus Regnat ni korali yo muri Paruwasi Regina Pacis /Remera, muri Arkidiyosezi ya Kigali. Ikaba ari korali imaze kuba ubukombe mu bijyanye na muzika ikoze neza, cyane cyane mu gitambo cya Misa no mu bindi bikorwa byubaka umuntu kuri roho ndetse n’umubiri. Ni muri urwo rwego Chorale Christus Regnat yabateguriye igitaramo cyo gushimira Imana […]
Gakenke: Minisitiri kaboneka arasaba abaturage gufata neza ibikorwa bigiye kubegerezwa
Muri gahunda yo gukemura ibibazo by’Abaturage, kuri uyu wa gatatu tariki ya 09/11/2016 Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Hon. Kaboneka Francis yasuye abaturage b’Umurenge wa Mugunga nyuma yo gusura site izubakwaho ibitaro bya Gatonde Nyakubahwa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda yemereye abaturage b’Umurenge wa Mugunga. [ad id=”44145″] Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasabye abaturage b’Umurenge wa Mugunga gufata neza […]
CAF yongereye amafaranga azajya ahabwa amakipe yitwaye neza mu marushanwa yo ku mugabane
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ryongereye amafaranga yahembwaga abatsinze amarushanwa yose kuva mu 2017 kugera mu 2020. [ad id=”44145″] Ibi bikaba bivuze ko abazatwara Igikombe cya Afurika bazajya bahembwa miliyoni 4 z’amadolari, mu gihe ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire iheruka kwegukana igikombe cy’ubushize yahembwe miliyoni 1,5 gusa mu 2015. Uzatwara igikombe cy’amakipe yabaye aya […]
Ubushakashatsi bwavumbuye uryoherwa n’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore
Ikibazo cyo kumenya umuntu uryoherwa n’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore cyakunze kutavugwaho rumwe; bamwe bavuga ko ari abagore baryoherwa abandi bakavuga ko ari abagabo kuko ngo kenshi no kurangiza kw’abagore bikunze kugorana. Bivugwa kandi ko abagabo bari munsi y’imyaka 60 batekereza imibonano byibuze rimwe buri munsi. Ese ukuri ni ukuhe? [ad id=”44145″] Ubushakashatsi bwakozwe na […]
Umugabo yari yivuganye umugore we bapfa kugona
Igipolisi cyo muri Nigeria cyatangiye iperereza ku mugabo wabonywe akubita umugore we nk’uko byatangajwe n’iki gipolisi. [ad id=”44145″] Iki gipolisi gikorera ahitwa Nasarawa kivuga ko umugabo w’imyaka 30 witwa Tukur Paul yahaswe ibibazo kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kubonwa akubita umugore we, Jennifer Paul mu masaha ya saa tatu n’igice z’ijoro. Abaturanyi b’uyu muryango […]
Loni iratangaza ko amakimbirane ari muri Sudani y’Epfo ashobora kuvamo jenoside
Intumwa y’Umuryango w’Abibumbye ku gukumira jenoside iri gusura igihugu cya Sudani y’Epfo yatangaje ko iki gihugu gishobora kugwa mu ntambara ishingiye ku moko ndetse ishobora no kuvamo jenoside. [ad id=”44145″] “ Mbabajwe no gutangaza ko ibyo nabonye kandi numvise hano byemeje impungenge zanjye ko ubugizi bwa nabi bushobora gukwira mu moko byanashoboka hakaba jenoside ,”, […]
Imyitozo ya gisirikare ihuje ibihugu bya EAC yatangiye muri Kenya
Minisitiri w’Ingabo za Kenya, Ambasaderi Raychelle Omamo yatangije imyitozo yo kubungabunga amahoro ihuje ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba. Aya mahugurwa yiswe “USHIRIKIANO IMARA yatangijwe kuri uyu wa gatanu tariki 11 Ugushyingo ahitwa Matuga, Mombasa. [ad id=”44145″] U Rwanda ruserukiwe n’abasirikare, abapolisi n’abasivile bose hamwe 375 bayobowe na Brig Gen Aloys Muganga. Mu ijambo rye, Ambasaderi […]
Burundi: Abanyamakuru bashinjwaga gukorana n’amaradiyo akorera mu buhungiro mu Rwanda barekuwe
Umuyobozi wa Radio Bonesha ifite icyicaro I Bujumbura, Leon Masengo n’uwari umutekinisiye w’iyi radio, Innocent Muryango barekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi n’inzego z’u butasi bashinjwa gukorana n’amaradiyo akorera mu buhungiro mu Rwanda. [ad id=”44145″] Aba banyamakuru b’Abarundi bakaba bahaswe ibibazo bitandukanye ku isano iri hagati yabo na radio byavugwaga ko zikorera mu bwihisho i […]
Insanganyamatsiko izagenderwaho ku munsi mukuru w’intwari 2017 yashyizwe hanze
Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza umunsi mukuru ngarukamwaka w’intwari uba ku wa 1 Gashyantare, kuri ubu insanganyamatsiko y’uwo munsi y’umwaka utaha 2017 yashyizwe hanze. Nk’uko byatangajwe na Dr Habumuremyi Pierre Damien, umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe intwari z’igihugu, Imidari n’impeta y’Ishimwe, yagize ati: “ Ubutwari ni uguhitamo ibitubereye”. Iyi niyo nsanganyamatsiko Abanyarwanda tuzagenderaho mu kwizihiza umunsi […]
U Rwanda na Congo mu bufatanye mu mishinga ya gaz methane no gushaka peteroli mu Kiyaga cya Kivu
Abayobozi b’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo baravuga ko igihe cy’amagambo kirangiye hasigaye icyo gushyira mu bikorwa kubyaza umusaruro Gaz methane iri mu kiyaga cya Kivu ku bufatanye bw’ibihugu byombi hagamijwe kubonera abaturage babyo amashanyarazi. [ad id=”44145″] Amasezerano y’ubu bufatanye yashyizweho umukono mu 1975 ubwo ibihugu byombi byiyemezaga gufatanya gushaka ingufu z’amashanyarazi mu […]
RDC: Yatwitswe ari muzima nyuma yo kwivugana abakobwa be abatemaguye
Abaturage b’ahitwa Lopa muri Teritwari ya Ituri bishe umugabo bamutwitse ari muzima kuri uyu wa Kane ushize bamushinja kwiyicira abana be babiri b’abakobwa abatemesheje umuhoro. Aba bakobwa umwe akaba yari afite imyaka 10 undi afite 17. [ad id=”44145″] Umuyobozi wa Teritwari ya Ituri, Idrissi Koma yemeje aya makuru, avuga ko uwo mugabo wishwe yivuganye abakobwa […]
Mbere yo gusezera ku buyobozi, Barack Obama yongereye ibihano yari yafatiye abasirikare 4 b’u Burundi
Perezida Barack Obama wa Leta zunze ubumwe za Amerika usa nkaho imirimo ye yarangiye nka Perezida asize asabye ko abasirikare b’u Burundi bakomeye bari bafatiwe ibihano na USA, ibihano byabo byakongerwaho umwaka. Mu itangazo USA yasohoye, isaba ko aba basirikare bashinjwa ubwicanyi n’irindi hohoterwa ryakorewe abaturage kuva muri Mata 2015 ubwo birirwaga bigaragambya bamagana manda […]
Rusizi: Babiri bafungiwe kugerageza guha ruswa abapolisi
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rusizi ifunze abagabo babiri kubera kugerageza guha ruswa abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda bakoreshaga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga ku wa 10 Ugushyingo kugira ngo babashyire ku rutonde rw’ababitsinze kandi babitsinzwe. Ababikoze ni Nirere Pantaleon wagerageje gutanga ruswa y’ibihumbi 30 by’amafaranga y’u Rwanda na Hategekimana […]
Ibyemezo by'inama idasanzwe y'Abaminisitiri yo ku wa 11Ugushyingo 2016
Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2016, inama y’abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje ibi bikurikira: [ad id=”44145″] 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 12 Ukwakira 2016. 2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igeze, ishima ibimaze gukorwa, isaba […]
Dore umukobwa n’abahungu bashaka abakunzi- (Fungura ubone ibibaranga)
1.Ndashaka umukunzi ndi umusore mutomuto kandi ndi mugufi (1 m55cm) umukunzi nshaka agomba kuba byibura ansumba ari hagati 1m 65cm -1m 75cm.yarize byibura humanite kandi ari inzobe byaba ari akarusho kuko nkunda abakobwa binzobe. Njye mfite akazi mpembwa 150000 narangiye kaminuza mfite 29 ans.uyu mukobwa agomba kuba ari hagati 23-27 ans. my address email :hirwachance62@gmail.com […]
Tanzania: Ifoto ya Perezida Magufuli akomeje kwerekana itandukaniro n’abandi baperezida muri Afurika
Perezida wa Tanzania John Magufuli ukomeje kwerekana itandukaniro hagati ye n’abandi bakuru b’igihugu ku mugabane w’Afurika, ku munsi w’ejo yemereye imbuga zo muri kiriya gihugu gushyira hanze amafoto ye yasuye umugore we mu bitaro biherereye muri kiriya gihugu, agamije ngo kwerekana ko atari ngombwa cyane ko umuntu ajya kwivuriza hanze ngo nuko akomeye. Perezida Magufuli […]
USA: Umuryango wa Col Patrick Karegeya umaze imyaka 5 usaba ubuhungiro uhakanirwa
Umuryango wa Nyakwigendera Col Patrick Karegeya; umugore, n’abana be batatu; Elvis, Portia na Richard, umaze imyaka usaba ubuhungiro nk’impunzi za politiki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko amaso akomeje guhera mu kirere nyuma y’aho bangiwe inshuro irenze imwe babwirwa ko nta kibazo bagira mu Rwanda nyuma y’uko se yapfuye. Biravugwa ko batangiye gusaba mu […]
RDC: Umuyobozi w’akarere arashinja leta kurebera ubwicanyi bukorerwa abasivile
Umuyobozi w’akarere ka Beni gaherereye mu burasirazuba bwa Kongo Bwanakawa Nyonyi, yatangaje ko inzego z’ubuyobozi bwo mu nzego zo hejuru muri kiriya gihugu zishobora kuba ari zimwe mu bihishe inyuma y’urugomo rumaze guhitana abasaga 1300 muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa,Bwanakawa Nyonyi yagize ati “birashoboka cyane ko abanyepolitiki b’imbere […]
Inzoka yasatuwe inda imaze kumira inyana bayisangamo amagi agera ku 100
Iyi nzoka yiciwe muri Nigeria aho yari imaze kumira inyana, bayisatuye basanga mu nda yayo hatonzemo amagi agera ku ijana. Nk’uko abaturage bayishe batangarije itangazamakuru, ngo iyi nzoka bayishobojwe nuko yari yananiwe itabasha kugenda nyuma yo kumira inyana yose. Aba baturage kandi bakomeje bavuga ko ayo magi yari akuze bigaragara ko n’ubundi yendaga kuyatera, bikubitiye […]
Umukozi w’umugore wafashe ikiruhuko ku mpamvu zo gutwita azajya ahabwa umushahara we wose – RSSB
Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kiratangaza ko hashyizweho ubwishingizi bw’ibigenerwa umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara kugirango bugoboke umukozi w’umugore wafashe ikiruhuko ku mpamvu zo gutwita, kubyara no kugira ngo abashe kwita k’umwana wavutse. Ubwo bwishingizi bukaba bwaratangiranye n’uku kwezi k’Ugushyingo 2016. [ad id=”44145″] Ibi bikaba byarakozwe hashingiwe ku Itegeko No 003/2016 ryo kuwa 30/03/2016 […]
Ibyo utamenye ku myemerere ya perezida mushya w’Amerika
Donald Trump ni we perezida w’Amerika, uyu mugabo w’imyaka yatorewe kuyobora igihugu cy’igihangange ku isi akazaba ari perezida wa 45 uzaba ayobora Amerika kuva mu kwezi kwa mbere 2017. Ubusanzwe Donald Trump ni umukirisitu w’itorero ry’Aba-Presbyterian ni (Abapoloso mu Rwanda), yabatirijwe muri iri dini kuva akiri umwana muto, Ibijyanye n’imyizerere ya perezida Trump bisa nk’ibiteye […]
Umushinga wo kubaka urugomero rw'amashanyarazi rwa Rusumo ugiye gutangizwa vuba
Muri iki cyumweru, leta y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’umishinga w’ubwubatsi yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa rusumo, aho biteganyijwe ko uyu mushinga nuramuka ushyizwe mu bikorwa, uzabasha gutanga byibuze Megawati zisaga 80, izi zikaba zizifashishwa mu gicanira abaturage batari bacyeya bo mu gihugu cy’u Rwanda, u Burundi ndetse na Tanzania. [ad id=”44145″] Aya masezerano akaba akubiye […]
Ibintu 10 bivugwa kuri Major Désiré Uwamahoro ushinjwa ubujura n’ubwicanyi i Burundi
Mu mpera z’Ukwakira nibwo byatangajwe ko Majoro Desire Uwamahoro, ofisiye muri polisi y’igihugu cy’u Burundi yatawe muri yombi ashinjwa ubujura akoresheje imbunda, aho bivugwa ko yashakaga kwambura ku ngufu abashoramari bari baje kugura zahabu. 1.Uyu Komiseri wa Polisi, DĂ©sirĂ© Uwamahoro yavukiye mu gace gaherereye hafi y’umugezi wa Ninga, mu mudugudu wa 4 muri Komini Gihanga, […]
USA: Uwagiye muri Amerika nk’impunzi ava muri Somalia yatorewe umwanya mu nteko
Nyuma y’aho Hillary Clinton ananiriwe kwandika amateka aba perezida wa mbere w’umugore wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ngo mu bademokarate byibuze bakoze andi mateka batora mu bagize inteko ishinga Amategeko muri Minnesota umugore wa mbere w’Umunyamerika waje muri iki gihugu ari impunzi iturutse muri Somalia. [ad id=”44145″] Ilhan Omar w’imyaka 34, wahoze ari impunzi […]
Burundi: Ishyamba si ryeru hagati y’umukobwa wa Mwambutsa IV na mubyara we
Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje impaka mu muryango w’umwami Mwambutsa wa IV hibazwa aho agomba kuzaruhukira mu mahoro hagati ya Bujumbura nk’uko umukobwa we, Iribagiza Rosa Paula abyifuza, cyangwa azakomeza kuruhukira I Meyrin mu Busuwisi aho yatangiye mu 1977 nk’uko yasize abisabye ndetse nuko byifuzwa na mwishywa we, Esther Kamatari. [ad id=”44145″] Kuwa 01 Ugushyingo […]
Indwara ya Kolera ikomeje gufata indi ntera mu mpunzi z’abanya-Sudani ziri muri Uganda
Umuryango mpuzamahanga wita ku bana UNICEF uratangaza ko umubare w’abarwayi ba kolera mu mpunzi z’abanya-Sudani mu nkambi zitandukanye ukomekuzamuka umunsi ku wundi. [ad id=”44145″] Umubare munini w’impunzi ziri kwibasirwa n’iki cyorezo ukaba uri kugaragara mu mpunzi ziri mu nkambi zitandukanye mu gihugu cya Uganda. Nk’uko bitangazwa na Dr Rabbin Drabe, umwe mu bakozi ba UNICEF […]
Ikipe y’igihugu ya Brazil ikomeje kugira Argentine insina ngufi (Amafoto)
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane nibwo ikipe y’igihugu ya Brasil yakiriye iya Argentine mu mukino wo guhatanira kuzitabira igikombe cy’isi mu mwaka wa 2018. Uyu mukino ni umwe mu mikino yoroheye ikipe ya Brazil yaje no kuwutsindamo ibitego 3:0, ibintu byatunguye abatari bake bahereye ku magambo aba yavuzwe mbere y’uyu mukino ufatwa nk’uruta […]
Abagore barasabwa gutinyuka bakiyamamariza imyanya ifata ibyemezo mu buyobozi
Bamwe mu basenateri bagize Komisiyo ya Politiki n’imiyoborere myiza barasaba abagore gutinyuka mu gihe cy’amatora, bakiyamamariza imyanya ifata ibyemezo,aho kurindira ko bashyirwa mu myanya yabo ya 30%. Ibi ni bimwe mu byagarursweho mu Karere ka Huye kuri uyu wa gatatu tariki ya 09 Ugushyingo 2016, ubwo abasenateri bagiranaga ibiganiro n’ubuyobozi bw’Akarere. [ad id=”44145″] Nk’uko byasobanuwe […]
Obama yakoresheje Ijambo ririmo kwigengesera kwinshi mu biganiro ku ihererekanyabubasha
Kuri uyu wa kane nibwo muri perezidansi y’Amerika habereye ibiganiro hagati ya perezida Obama na Trump watorewe kuzasimbura Obama guhera mu kwezi kwa mbere, byari ku ncuro ya mbere aba bagabo bo mu mashyaka abiri ahora ahanganye muri Amerika bicaranye mu biganiro badashobora kwanga gukora, N’ubwo perezida Obama yakunze kumvikana anenga ndetse arwanya Donald Trump, […]
“Gukora neza amarondo byaca ubujura bw’inka” Judith Kazayire
Guverineri w’intara y’uburasirazuba, Judith Kazayire yeretse abatuye iyi ntara akamaro ko gukora neza amarondo mu gihe muri iyi ntara hakomeje kuvugwa ubujura bwa nijoro butandukanye burimo n’ubwamatungo. Ibi Kazayire yabitangarije abaturage mu nama ubuyobozi bw’iyi ntara bwagiranye n’abatuye mu Karere ka Rwamagana umurenge wa Nzige aho yanibukije abaturage baba bafitanye ibibazo kutihanira ahubwo bakayoboka inzego […]
Polisi yerekanye abantu batatu biyitirira urwego rw’umuvunyi bakiba abaturage
Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2016, nibwo abagabo batatu bafatiwe mu karere ka Rusizi bakurikiranweho ibyaha by’ubwambuzi bushukana kuko biyiotirira urwego rw’umuvunyi bakaka amafaranga abaturage babasezeranya ko bazasubirirwamo imanza zo baba baraburanye bagatsindwa. Polisi y’u Rwanda yanatangaje ko hari abandi babiri bamaze kugezwa mu butabera ndetse iperereza ku bandi bantiu baba bihishe inyuma y’ubu bujura […]
Umubano hagati y'u Rwanda n'Ubufaransa mu marembera- Yavuguruwe
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yasobanuriye abanyamakuru inzira zose u Rwanda rwakoresheje kugirango umubano warwo n’igihugu cy’Ubufaransa ugende neza ariko bikomeza kwanga kugeza ubwo u Rwanda kuri ubu rusa nk’ururambiwe guhora ruterana amagambo n’u Bufaransa. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2016, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatangaje imyitwarire y’u […]
Kenya: Perezida Kenyatta yiyamye abanyepolitiki bakoresha imvugo zirimo urwangano
Mu gihe mu gihugu cya Kenya bari kwitegura kwinjira mu matora y’umukuru w’igihugu mu mwaka utaha wa 2017, Perezida Uhuru Kenyatta yihanije abanyepolitike baba abo mu ishyaka riri ku butegetsi ari n’ababurwanya ko uzafatirwa mu cyuho avuga amagambo abiba inzangano haba mu mbwirwaruhame cyangwa n’ahandi ko atazamworohera. [ad id=”44145″] Perezida Kenyatta yagize ati”nshaka ko abaturage […]
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Sir Wood, umushoramari mu buhinzi bw’icyayi
kuri uyu wa Kane tariki 10 Ugushyingo 2016, Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Sir Ian Wood, umuherwe ukomoka mu gihugu Ecosse ufite umutungo ubarirwa muri miliyari z’amadorali y’Amerika 1.6 Uyu muherwe yasuye u Rwanda nyuma y’uko yatangiye ibikorwa byo gufasha abahinzi b’icyayi mu Rwanda no muri Tanzania aho binyuze mu mushinga we witwa The […]
Kigali: Imirwano hagati y'Abashinwa n'Abanyarwanda babakoreraga yakomerekeyemo abatari bacye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 3 tariki ya 9 Ugushyingo 2016, itsinda ry’abafundi n’abayedi ryarwanye n’Abashinwa babakoreshaga nyuma yo kwanga kubishyura amafaranga bakoreye bamwe bakomerekera bikomeye muri iyo mirwano. Nk’uko bitangazwa na bamwe muri abo bakozi b’Abanyarwanda, ngo bamaze ibyumweru hafi 2 bakorera abo bashinwa mu bikorwa bijyanye n’ubwubatsi mu murenge wa Remera mu […]
Ese intambara imaze igihe ku isoko ry'umurimo mu Rwanda izarangira ryari?
Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri basoje amasomo muri kaminuza y’igihugu yibukije uru rubyiruko kwitegura guhanganira ku isoko ry’umurimo, gusa ugasanga hari abarigonganiraho kubera amasomo bize asa kandi bari mu mashami atandukanye. Kagame yagize ati “ Umuntu yakwibwira ko ubwo murangije amasomo ubuzima bugiye koroha, ntabwo ari byo! hari ibindi bibategereje imbere, ibindi biteye […]
Abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia bashobora kubikirwa imbehe n’abo muri Ethiopia
Abasirikare b’igihugu cya Ethiopia batangiye kunugwanugwa ko aribo bashobora gusimbura ab’u Burundi mu mirimo barimo yo kugarura amahoro muri Somali, mu gihe hashize amezi agera ku icumi aba basirikare b’u Burundi batanahabwa umushahara wabo. [ad id=”44145″] Ibi kandi bikaba byarakuruye impamvu ishobora gutuma amasezerano u Burundi n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) bari bafitanye aseswa, […]
Dore urutonde rw’ibihugu 25 bifite umubare munini w’abantu bashaje ku isi (igice cya mbere)
Abashakashatsi batandukanye hirya no hino ku isi bavuka ko umuvuduko w’abasaza n’abakecuru uri kugenda uzamuka umunsi ku wundi. Ibi ariko bikaba bigaragara cyane mu bihugu byamaze kugira aho bigera mu bijyanye n’iterambere, mu gihe mu bihugu bikiri mu nzira y’iterambere usanga umubare w’urubyiruko ariwo uzamuka hakaniyongeraho kuba uko baba benshi ari nako ubushomeri bwiyongera. [ad […]
Abakobwa n’abahungu bashaka abakunzi (Fungura ubone imyirondoro)
1.Nitwa Nshimiyimana Olivier nkaba ndi umukozi wa Tigo na MTN.(Agent) nkaba shaka ishuti yumukobwa afite hagati yimwaka 18-21year.Akaba arinzobe bitari cyane nibura afite hagati ya 1.60-1.80metro atabyibushye cyane. Uwumva abyifuza yanyandikira kuri Email:manaoliviye2@gmail.com or call me to 0723638906. Murakoze. 2.Nitwa Ndayikunda Elias mfite imyaka 35 ndashaka umukobwa ugeze mubigero vy imyaka ya 25-28 yubaha kandi […]
Kirehe: Abanyamabanga Nshingwabikorwa 4 bamaze kwegura
Abanyamabanga Nshingwabikorwa bane barimo umwe w’umurenge wa Nasho ndetse na bagenzi be 3 bayoboraga utugari bamaze kwandika basaba kwegura ku mirimo yabo. [ad id=”44145″] Ni muri iki cyumweru ubwo akarere ka kirehe kari kateguye inama y’umutekano yari yahuje abayobozi batandukanye bo muri aka karere mu kurebera hamwe uko ba bayobozi banoza akazi bakora, ubwo aba […]
Ku myaka 71, Twagiramungu Faustin avuga ko u Rwanda rukwiye kuyoborwa n’abakiri bato
Mu gihe umunyapolitiki Twagiramungu Faustin yari yatangaje ko nta kizamubuza kuza mu Rwanda kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora azaba umwaka utaha, kuri ubu yakoresheje imvugo isa nk’aho yivana muri urwo ruhando agendeye ku myaka ye. Muri video ishyaka rye abereye umuboyobozi murukur (RDI Rwanda rwiza) ryashyize hanze, Twagiramungu yatanze impanuro ku rubyiruko rw’u […]
Nyuma ya Uganda, Kenya nayo igiye gufunga amashuri y’abanyamahanga ariyo
Nyuma y’uko ku wa gatanu w’icyumweru cyashize tariki ya 4 Ugushyingo 2016 leta ya Uganda isabye ko bimwe mu bigo by’amashuri byigenga bifungwa, ubu ngo leta ya Kenya nay p yaba igiye kugera muri icyo kirenge. Aba barimo bavuga ko aya mashuri agomba gufungwa avugwaho ikibazo cyo guhemba abarimu amafaranga macye, intandaro yo gukresha abarimu […]
CAF yongereye ibihembo bitangwa mu marushanwa yose itegura
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’ Afurika yatangaje ibihembo bishya bizajya bihabwa amakipe yegukana ibikombe mu marushanwa yose atandukanye iri shyirahamwe ritegura. CAF yiyemeje kuzamura ibi bihembo nyuma y’uko ibonye umuterankunga mushya usimbura Orange yateraga inkunga, Sosiyete y’abafaransa icukura peteroli (Total) kuri ubu niyo muterankunga wa CAF mu gihe cy’imyaka icumi iri imbere aho izajya […]
Abarundi Imana yabaremye ibakunda kandi ni beza- Perezida Nkurunziza mu masengesho
Ubwo bari mu masengesho y’umunsi umwe ahuza abayobozi batandukanye b’u Burundi, mu ijambo perezida Nkurunziza yahavugiye, yavuze ko kuva muri 2015 Imana yabakoreye ibitangaza ngo n’ubwo bwose bamwe hari ibyo bagaya ndetse ko Imana yabaremye ibakunda. Yavuze ko u Burundi bwahuye n’ibibazo ariko ko Imana idakangwa n’ibibazo ko bibaho kugirango abantu bayikurikire kandi banayumvire, ati: […]
Ngoma: Nakabonye Jannette yapfiriye kwa Patricia usanzwe akuriramo abagore inda
Kuri uyu wa gatatu nibwo amakuru y’urupfu rw’umugore witwa Nakabonye Jannette n’urwu mwana yari atwite yasakaye nyuma y’uko yaguye mu rugo rw’undi mugore bivugwa ko yari asanzwe akuriramo inda abagore batandukanye. Nakabonye wari utuye mu murenge wa Gatore, yaguye mu rugo rw’undi mugore we wo mu murenge wa Murama mu Kagari ka Sakara, Mu kiganiro […]
Abayobozi bo muri Malawi baje kwigira kuri Polisi y’u Rwanda gahunda zo kurwanya ruswa
Abayobozi babiri bavuye mu kigo kirwanya ruswa mu nzego za Leta muri Malawi cyitwa “Office of Public Officers Declarations”, basuye Polisi y’u Rwanda ku italiki 9 Ugushyingo, akaba ari hamwe mu ho barimo gusura mu rugendo shuri barimo rwo kwiga uko u Rwanda rwashoboye kugera kuri gahunda zo kurwanya ruswa. Assistant Commissioner of Police (ACP) […]