Abasirikare b’urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya mbere)

Abasirikare umuntu yakwita ab’urugamba akenshi usanga ari abazwiho ibikorwa ku rugamba rufite intego, aha rero na none hakaba hari bamwe bazwi bagiye barusoza amahoro ariko nyuma ugasanga bishwe cyangwa bapfuye mu buryo buri wese yibaza ariko agasigara mu rujijo. Aba basirikare kandi si uko bakoze ibikorwa byiza ngo bitwe intwari z’igihugu, ahubwo ni uko hari […]

Canada yohereje Seyoboka ushinjwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda

Umunyarwanda Seyoboka Jean Claude ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 yoherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Canada yari yarahungiyemo kuva mu mwaka wa 1996. [ad id=”44145″] Ikinyamakuru cya CBS cyo muri Canada cyanditse ko Seyoboka ushinjwa n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu mujyi wa Kigali yabanje guhabwa ibyangombwa […]

Zimbabwe: Perezida Mugabe ngo yaba ashaka kuyoboka Donald Trump

Nyuma y’iminsi micye Trump atorewe kuyobora Amerika, Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe ngo yaba ashaka kuzura umubano n’Amerika, aho avuga ko Trump azamwakira nta kabuza. Ni mu gihe kandi Amerika yari imaze igihe itavuga rumwe na Perezida Robert Mugabe washinjwe kugundira ubutegetsi bwa Zimbabwe kuva yabona ubwigenge, imicungire mibi y’umutungo w’igihugu, kutavuga rumwe n’abazungu ndetse […]

FERWAFA yatangaje ibihano kuri Ndoli Jean Claude wa AS Kigali

Umuzamu w’ikipe ya AS Kigali yamaze gufatirwa ibihano n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imyitwarire idahwitse yagaragaje ku mukino wahuje ikipe ye na Rayon Sport ku munsi wa kane wa Shampiyona (Azam premier League). Akanama ka FERWAFA gashinzwe imyitwarire katangaje ko Ndoli Jean Claude w’imyaka 
 ahagaritswe imikino ibiri ndetse akaba agomba no gutanga n’amafaranga […]

Shampiyona irasubukurwa ku munsi wayo wa gatanu, APR FC ntizakina

Mu mpera z’iki cyumweru mu Rwanda harasubukurwa imikino y’umupira w’amaguru hakinwa umunsi wa gatanu wa Shampiyona nyuma y’uko iyi mikino yari yahagaritswe kubera imikino ya gicuti ikipe y’igihugu yari yagiyemo mu gihugu cya Maroc. Iyi mikino izaba ikinwa mu gihe ikipe ya APR FC yo izaba idahari kuko ubu iri kubarizwa mu gihugu cya Congo […]

Ese Minisiteri y’Ubuzima yaba igiye gukemura burundu ikibazo cy’inzitiramibu cyabaye ingorababizi?

Ikibazo cy’indwara ya Malaria ni ikibazo cyugarije isi ndetse n’u Rwanda muri rusange. Ni kenshi usanga imiryango mpuzamahanga yarahagurukiye guhangana n’iki kibazo, ariko mu maraporo ahora asohoka ntihaburamo imibare y’abahitanwa na Malaria ikiri ku rwego rwo hejuru. [ad id=”44145″] Mu Rwanda kimwe no mu bindi bihugu, usanga bihuriye ku ngamba zo gukoresha inzitiramibu mu guhangana […]

LONI ntikozwa ibyo gushaka usimbura Jamal mu Burundi

Perezida Nkurunziza yasabye ubuyobozi bwa Loni gutangira gukora iperereza ndetse mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri gusa uyu muryango ukazaba wamaze kubona uzasimbura Jamal washinjwe kubogama. Leta ya Nkurunziza yandikiye umunyamabanga w’umuryango w’Abibumbye Ban Ki-Moon ndetse na Antonio Guterres uzasimbura Ki-Moon gushaka intumwa igomba gusimbura uwari uhagarariye LONI mu Burundi, Uburundi butangaje ko buzirukana Jamal Benomar […]

Kigali: Abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bazira guhimba ibyangombwa bitari ibyabo

Abantu 10 barimo n’umugore bafashwe n’iperereza nyuma y’uko bigaragaye ko biyitirira imitungo isa n’itagifite beneyo, aba bantu bakihimbira ibyangombwa bigaragaza ko iyo mitungo ari iyabo kugirango babigurishe. [ad id=”44145″] Aba bakekwa bakaba bibanda ku kugurisha imitungo irimo ubutaka , ibibanza cyangwa amazu akodeshwa bigaragara ko benebyo bamaze igihe badakoresha cyangwa badahora hafi. Umuvugizi mukuru wa […]

Umugabo w’ibiro 500 amaze imyaka 25 atarasohoka ngo agere hanze

Iman Ahmad Abdulati, ni umugabo w’imyaka 36 y’amavuko. Avuka mu mujyi wa Alexandria muri Egypt, akaba avugwaho kuba umwe mu bantu bapima ibiro byinshi ku isi, ku biro bye bisaga 500. [ad id=”44145″] Uyu mugabo, amaze hafi imyaka isaga 25 adakandagira hanze kuko atabasha kuva aho ari, ahubwo yibera iwe mu nzu. Uyu mugabo utabasha […]

Leta yongereye ubufasha bugenerwa abo mu cyiciro cy’ubudehe cya 1 n’icya 2

Minisiteri y’Ubuzima yatangije gahunda igamije kwita ku buzima bw’Abanyarwanda babarurirwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’ubudehe, aba bagiye kujya bahabwa ubuvuzi ku buntu banagaburirwe igihe batwite kugeza ku mezi atandatu nyuma y’uko umwana avutse. By’umwihariko kuri uyu wa gatatu nibwo minisitiri w’Ubuzima Gashumba Diane yatangarije abanyamakuru ko iyi minisiteri yatangije gahunda yo kuvura ababarizwa […]

Isi yaba iri mu kaga, Uburusiya nabwo bwikuye muri ICC

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yamaze kwemeza ko iki gihugu cy’igihangange ku isi kitakibarizwa mu rukiko mpuzamahanga mpana byaha rwashyiriweho guca imanza mpuzamahanga z’ibyaha bishingiye kuri politiki n’intambara. Uburusiya buvuye muri ICC mu gihe ibihugu by’ibihangange bikomeje kotsa igitutu iki gihugu bigisaba guhagarika ibikorwa by’intambara muri Sryia. [ad id=”44145″] ICC yari imaze iminsi yibasiwe n’abanyamuryango bo […]

Maj. Mbanda ngo ibyo yabonye ku rwibutso rwa Gisozi ni isomo rikomeye

Majoro J. Mbanda umwe mu bitabiriye amahugurwa mpuzamahanga yaberaga mu Rwanda ku bijyanye n’amahame yo kurengera abaturage yitiriwe Kigali, atangaza ko yashenguwe n’ibyo yabonye nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi akemeza ko ari isomo rikomeye ku nshingano zo kurinda abaturage. Nyuma yo kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda […]

Kenya: Wiliam Ruto arashinja Odinga koshya leta

Perezida wungirije wa Leta ya Kenya William Ruto, arashinja Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri kiriya gihugu gushoza intambara y’amagambo muri Guverinoma bigatuma Leta ifata umwanzuro wo gukura abasirikare muri Sudani y’epfo. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ugushyingo ubwo bari mumuhango wo gutwika intwaro zambuwe abari bazitunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu […]

Abadepite bo muri Guinée bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera

Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ry’abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya GuinĂ©e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi z’iki Kigo. Bahawe ikaze n’Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y’u Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora […]

Ibihugu bitishoboye byasabiwe gufashwa mu guhangana n’ibiza

Ibiza birimo imyuzure, imihindagurikire y’ikirere, amapfa ni bimwe mu bikomeje kwibasira abatuye isi bikagira uruhare mu guhungabanya ubutunzi bw’isi. Ubushakashatsi bwerekana ko ibiza biteza igihombo kingana na miliyari 520 buri mwaka z’amadorali mu gihe abaturage bagera kuri miliyoni 26 bakeneshwa na byo. Ubu bushakashatsi bwashyiriwe ahagaragara mu nama y’umuryango w’abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ikirere iri […]

Tour du Rwanda:Timothy Rugg ukomoka muri Canada niwe wegukanye Etape ya 3

Mu isiganwa ryo kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda Areruya Joseph niwe waje ku mwanya wa 2 nyuma ya Timothy Rugg, ukomoka muri Canada, akaba n’uwa mbere mu banyarwanda bari mu irushanwa . Muri iri siganwa ryaturukaga mu karere ka Karongi ryerekeza i Rusizi ku birometero hafi 120, aba basore bagaragaje zimwe mu mbogamizi […]

Amerika: Abakirisitu n’abayoboke ba Satani bahanganiye mu mwigaragambyo

Imyigaragambyo yo kwamagana itsinda rya Satani muri Amerika mu mujyi wa Portland, abakirisitu benshi bigaramgambije bamagana umugambi w’abiyise itsinda rya Satani batangaje ko bagiye gushinga ishuri rya Satani. Itsinda rya Satani risanzwe rifite urusengero muri Amerika riteraniramo, Abayoboke b’iri tsinda bari batangarije CNN dukesha iyi nkuru ko bagiye gutangiza ishuri naryo rizajya ryigisha ibya Satani. […]

'Drones' zazaniwe gutwara amaraso ziravugwaho kugwa mu mirima y'abaturage

Abatuye mu karere ka Muhanga baturanye n’ikibuga cy’indege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye by’igihugu bemeza ko nyuma y’igihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa n’ubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri […]

RDC: Ijambo rya Perezida Kabila ryateje impagarara mu banyepolitiki

Kuru uyu wa 15 Ugushyingo 2016, ubwo abanyepolitiki batandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bari bateraniye kumvira hamwe icyo Perezida Joseph Kabila atangaza ku kijyanye no kwiyamamariza kuyobora indi manda, aba banyepolitiki batunguwe n’imvugo yakoresheje mu kubabwira icyo atekereza. Perezida Kabila yavuze ko nta kintu azigera ahindura ku biteganywa n’itegeko nshinga ryo mu gihugu […]

Abazungu bakurikiranyweho gushyira umwirabura muzima mu isanduku bashaka kumutwika

Mu gihugu cy’Afurika y’epfo hakomeje kugaragara mo ibikorwa by’urugomo cyane cyane ibikorerwa abirabura nkuko byagendekeye Victor Mlotshwa washyizwe mu isanduku ari muzima n’abagabo babiri b’abazungu bashaka kumutwika ari muzima. Mu mashusho y’amasegonda 20 yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Mlotshwa w’umwirabura ukomoka mu mugi wa Johannesburg ashyirwa mu isanduku ku gahato n’abagabo b’abazungu; ari bo Willem […]

Ubuyobozi bwa Zipline ntibwemeranya n’ibivugwa ku ihanuka rya hato na hato ry’indege zitwara amaraso (Drones)

Abaturiye ikibuga cy’indege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye by’igihugu bemeza ko nyuma y’igihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa n’ubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri kimwe mu bigo by’abafurere yagize […]

DASSO n'Inkeragutabara, zimwe mu nzego zishimiwe n'abaturage mu mujyi wa Kigali-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB 2016, bugaragaza ko inzego z’umutekano zirimo DASSO ndetse n’Inkeragutabara ziri mu nzego aba baturage bafitiye icyizere. [ad id=”44145″] Ubu bushakashatsi bwerekana ko inzego z’umutekano muri rusange zifitiwe icyizere ku rugero rushimishije, aho Inkeragutabara zizewe ku kigero cya 76.6% naho DASSO ikaba izewe ku kigero cya 86.1%. Izindi […]

Ikibazo cy’imishahara y’abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?

Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N ù° 13/2009 ryo kuwa 27/05/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha n’umukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 […]

Ibyiciro by’ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n’icyaro

Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cy’ibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi n’imiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice by’icyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro […]

Kamonyi: Nyirandimubanzi w’imyaka 33 akurikiranwe ho guta umwana we mu bwiherero

Umugore witwa Nyirandimubanzi Cecile wari utuye mu Karere ka Kamonyi , Umurenge wa Karama afungiye kuri Sitasiyo ya polisi ya Kayenzi aho akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana yari amaze kubyara amunize agahita amuta mu bwiherero (WC) Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko ku wa mbere taliki ya 14 Ugushyingo 2016 ari bwo abaturage basanze Nyirandimubanzi […]

Leta y’Uburundi iri kwihoma kuri Amerika nyuma yo kongerwa ibihano

Leta y’Uburundi yari imaze iminsi igerageza kwigaragariza neza Amerika, Perezida Nkurunziza ari mu bakuru b’ibihugu bihutiye kugaragaza gushimira perezida mushya w’Amerika uherutse gutorwa, Donald Trump, gusa ibi ntibikuraho ko perezida Obama we yamaze gutangaza ko ibihano Amerika yafatiye Uburundi byongerewe ho undi mwaka. Mu gihe leta y’Uburundi yatekerezaga ko ishobora gukomorerwa n’Amerika igakurirwaho ibihano imaze […]

Ni Aimable, umusore ushaka umukobwa bakundana w'inzobe, imyaka hagati ya 21-26 (Fungura ubone nimero)

Muraho nanjye ndashaka ukunzi, ni umusore uringaniye muburebure ndetse no kuri taille, mfite imyaka 29 y’amavuko, Ndifuza umukobwa ufite hagati y’imyaka 21-26, ufite byibuze A2, uringaniye abaye inzobe byaba ari akarusho cga imibiri yombi, utuje, twavugana kuri 0788201647,0728621433. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru […]

U Rwanda rwaguze indege nshya ishobora kujya ijya no muri Amerika

Sosiyete y’igihugu itwara abagenzi mu kirere ya Rwandair yamaze gutumiza indege nshya yo mu bwoko bwa Boeing B737-800NG, iyi ndege ikaba itegerejwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya kanombe iturutse muri Amerika. [ad id=”44145″] Iyi ndege ije mu gihe iyi sosiyete yo mu Rwanda yari imaze iminsi micye itangaje ko igiye kwagura imikorere ikajya igera no […]

Kuki Abadepite batemeranyije na Bamporiki ku igabanywa ry’ibigenerwa abategetsi bakuwe ku kazi?

Umushinga w’itegeko rigabanya ibyo umuyobozi mukuru uvuye ku butegetsi agenerwa wagejejwe na minisitiri w’Abakozi n’Umurimo ku nteko ishinga amategeko, muri uyu mushinga hagaragara mo ko guverinoma yifuza ko amezi yo gukomeza guhembwa yagabanuka akaba 6 aho kuba 12, Abadepite bagomba kwiga ndetse bakanatora iri tegeko ni bamwe mu bo ryagiraho ingaruka riramutse ritowe. Ubusanzwe umuyobozi […]

Chorale Christus Regnat igiye gushyira indirimbo za Rugamba Sipiriyani ku manota

Mu gihe abantu benshi bakunze gufata umuhanzi Sipiriyani Rugamba nk’igishyitsi cy’abahanzi nyarwanda guturuka mu bihe byashize, wanamenyekanye cyane mu njyana y’amasimbi n’amakombe ariko kuri ubu inganzo ikaba isa n’iyazimye kubera ko nta bagihanga izi ndirimbo n’imbyino, Chorale Christus Regnat yo itangaza ko itazigera ituma iyi njyana izima. Mu muhango wo kumurika ku mugaragaro Album yabo […]

Perezida Kabila ngo arashaka kwiyegereza Gen Laurent Nkunda na Gen Sultani Makenga

Mu gihe Perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kotswa igitutu n’amahanga afatanyije n’abamurwanya bamusaba kuva ku butegetsi, ngo kuba yabonana na Gen Nkunda na Makenga byamufasha kugira bimwe yikiza ubutegetsi bukamuguma mu biganza. Perezida Kabila ngo akaba yifuza guhura n’aba basirikare nyuma yaho amenyeye ko yiyegereje Abagogwe n’Abanyamurenge ndetse n’andi moko […]

Urubyiruko rurasabwa kugaragaza uruhare mu kuzamura EAC

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe umuryango w’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2016, Minisitiri w’ubucuruzi, inganda n’ibikorwa by’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba Francois Kanimba, yasabye ko urubyiruko rwaba nyambere mu guteza imbere uyu muryango. [ad id=”44145″] Mu nsangamyamatsiko igaragaza uburyo ubufatanye mu bihugu bigize umuryango, ari imwe mu nkingi za […]

Tour du Rwanda: Umunyarwanda Ndayisenga Valens yegukanye Etape ya 2

Kuri uyu munsi wa 3 wa Tour du Rwanda 2016, yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda valens Ndayisenga niwe wayegukanye akoresheje amasaha 3 n’iminota 16. [ad id=”44145″] Abakinnyi bahagurutse i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri berekeza Karongi, bakaba basoje bakoze Km 125. Uyu musore Valens Ndayisenga w’imyaka […]

Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa

Mu gihe nk’iki abavugabutumwa bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi w’Imana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe. Umushakashatsi w’umupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo […]

Goma: Abasirikare basaga 300 bigaragambije basaba kwishyurwa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2016, bamwe mu basirikare ba Congo (FARDC) nibwo bishoye mu mihanda bigaragambya basaba kwishyurwa imishahara yabo. Bamwe muri aba basirikare bigaragambije basaba imishahara yabo y’ibirarane imaze imyaka igera kuri 3 abandi amezi 11, aba bakaba ari abofisiye n’abandi b’amapeti yo yasi. [ad id=”44145″] Umwe […]

Rusizi: Bategereje imodoka ya Polisi igenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga

Abatunze imodoka bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheka bategereje imodoka ya Polisi igenzura ubuziranenge bw’imodoka kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Ugushyingo. Ni mu rwego rwo korohereza abatunze ibinyabiziga hirya no hino mu gihugu hagamijwe kudakora urugendo rurerure, ariko cyane cyane kubafasha gusuzumisha ibinyabiziga hagamijwe kumenya imiterere yabyo kugira ngo habeho kwirinda impanuka. […]

“Ntitwavuga iterambere tutavuze uburezi” Donatille Mukabalisa

Perezidante w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite , Mukabalisa Donatille yatangaje ko gahunda y’uburezi ikomeje gukorwa hagati y’u Rwanda na Swede ifitiye akamaro gakomeye iterambere ry’u Rwanda. Ibi perezidante w’inteko ishanga amategeko, umutwe w’Abadepite yabitangarije mu gihugu cya Swede kuri uyu wa mbere aho we n’itsinda ry’abadepite ayoboye bakomeje gusura kaminuza ya Uppsala ishami […]

Si benshi bakunda Museveni kugeza ahanjye- Kizza Besigye

Ku cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, ubwo Kizza Besigye umuyobozi mukuru w’ishyaka FDC ryo muri Uganda yasuraga abaturage bo muri district ya Ibanda, nibwo yatangarije imbaga y’abaturage bari baje kumwakira ko atanga Museveni nubwo bamufata nk’utavuga rumwe nawe. Kizza Besigye wakiriwe n’imbaga y’abayoboke b’ishyaka rye(FDC), bamwakira nka perezida w’igihugu ndetse nanateguye itapi itukura (red […]

ICC irashaka kuburanisha abasirikare b'Amerika

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ruravuga ko ingabo z’Amerika ari zimwe mu zagize uruhare rukomeye mu bwicanyi, ihohoterwa ndetse n’ubundi bugizi bwa nabi bwakorewe abaturage muri Afuganistani. [ad id=”44145″] Uru rukiko ruvuga ko rufite ibihamya by’uko izi ngabo z’Amerika zakoze ubugizi bwa nabi muri kiriya gihugu, hifashishijwe amakuru atangwa na bamwe mu basirikare babo batawe muri […]

RGB igiye gukurwa mu bigo birebererwa na MINALOC

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yamaze kugeza umushinga w’itegeko rishyiraho Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere myiza (RGB) rikanagena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere by’uru rwego ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite. Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB) cyabaga muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu harateganywa ko kizamurwa, kikigenga, kikaba ku rwego rw’Igihugu rw’imiyoborere n’ubuyobozi bwacyo bukagira manda y’imyaka itanu ishobora kongerwa. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko […]

Si Perezida Nkurunziza utagisohoka mu gihugu gusa, ku baturage bo ngo bisa nk’icyaha

Kuva ku wa 13 Gicurasi 2015, ubwo Perezida Nkurunziza bari bagiye kumuhirika ku butegetsi (Coup d’Etat) bikanga, ntabwo yari yagerageza ngo asohoke mu gihugu, n’umuturage kuba yasohoka mu gihugu ngo bisigaye bisa nk’aho ari icyaha kimwe no kukigarukamo. Hagendewe ku nkuru y’ikinyamakuru cy’i Burundi (yaga Burundi), ngo biragoye kuba wasohoka mu gihugu i Burundi ukongera […]

Perezida Kagame na Madamu muri Maroc mu nama yiga ku mihindagurikire y’ikirere

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na madamu Jeannette Kagame, ku munsi w’ejo bageze i Marrakech mu gihugu cya Maroc aho yitabiriye inama ya 22 y’umuryango w’abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ikirere; Muir iyi nama kandi akaba yari kumwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo. [ad id=”44145″] Iyi nama iritabirwa n’abandi bakuru b’ibihugu na za guverinonma bagera […]

Gasabo: Imodoka itwaye ibiyobyabwenge yafashwe uwari uyitwaye aburirwa irengero

Ishami rya Polisi rirwanya inyerezwa ry’imisoro n’amahoro(Revenue Protection Unit RPU ) ryafatiye mu muhanda Gatuna Kigali , imodoka ipakiye amakarito 40 y’inzoga ya Blue Sky, Kitoko na Red gin, zose zitemewe ndetse zishyirwa mu rwego rw’ibiyobyabwenge hano mu Rwanda. Iyi modoka, Mitsubishi Fuso RAC 008U yafashwe mu ma saa munani z’igitondo mu murenge wa Jabana, […]

Abasaga 500 bakekwaho uruhare muri jenoside barakidegembya hirya no hino ku isi

Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 igahitana abasaga miliyoni b’inzirakarengane yasize ingaruka zikomeye ku gihugu by’umwihariko ku baburiye ababo muri iyi jenoside. Kimwe mu bikomeje guhangayikisha imiryango iharanira inyungu z’abacitse ku icumu n’igihugu muri rusange ni uko hari ibihugu bikigenda biguru ntege mu gufata no kohereza abakekwaho uruhare bakidegembya. Umuryango ushinzwe kugaragaza abihishe hirya no hino […]

Ese ni ngombwa ko pasiteri yirirwa yishyuza abakiristo icyacumi nk’abariye ideni?

Mu gihe benshi mu bakiristo usanga binubira abashumba babo babishyuza icyacumi nk’abariye ideni, Ap.Paul Gitwaza umuyobozi wa Zion Temple we atangaza ko iki cyacumi ari ideni. Imbere y’imbaga y’abakiristo, Gitwaza yagize ati: “reka mbaze, tube honnĂ ÂȘte, ni bande batanga icyacumi mu rusengero, ntimubeshye kuko nubeshya Imana irakureba, iragufungira n’ibindi [abagitanga bamanika intoki]”. Akomeza abigisha ibyiza […]

Kenya: Ubunini bw’igitsina cye ntibumwemerera gukora imibonano mpuzabitsina

Umusore witwa Owiti Opiyo w’imyaka 20 y’amavuko uvuka mu gihugu cya Kenya aravugwaho imiterere y’igitsina umuntu yakwita ko ari nk’umwihariko, aho ngo icyo gitsina cye kitamwemerera kuba yakora imibonano mpuzabitsina ngo abe yazabyara nk’abandi. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muiri iki gihugu, ngo uyu musore yatangiye kubona impinduka zidasanzwe ku gitsina […]

Ku myaka 68, umusaza yaje kuvumbura ko yarongoye umwuzukuru we

Umusaza w’imyaka 68 y’amavuko utuye mu mujyi wa Miami yaje kuvumbura ko umugore w’imyaka 24 y’amavuko ari umwana w’umuhungu we (umwuzukuru). Ubwo umukobwa yarebaga muri album y’umuryango aho yari ibitse, yakomeje kureba amafoto atandukanye nyuma aza kugwa ku ifoto, asanga se umubyara ari umuhungu w’umugabo we (sekuru). Urubuga 7sur7, rukomeza rutangaza ko umugore wa mbere […]

U Rwanda rwiyemeje kuringaniza ubucuruzi bwarwo n’ubwa EAC

Minisiteri y’ubucuruzi, inganda n’ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’uburasirazuba iratangaza ko mu gihe cy’imwaka icumi u Rwanda ruzaba rumaze kuzamura ibikorwa byarwo by’ubucuruzi ku rwego rumwe n’urw’ibindi bihugu bibarizwa muri uyu muryango nyuma y’uko bigaragaye ko iki gihugu kikiri inyuma mu bucuruzi n’inganda. Ibi byatangajwe na minisitiri Kanimba Francois mu kiganiro n’abanyamakuru gitegura itangizwa ry’icyumweru kigamije […]

RDC: Minisitiri w’Intebe yeguye ku mirimo ye

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016, Minisitiri w’Intebe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Matata Ponyo hamwe na Guverinoma ye yose, bashyikirije Perezida Kabila ibaruwa isaba kwegura ku mirimo yabo. [ad id=”44145″] Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko Minisitiri w’intebe Matata Ponyo n’abo bakorana muri guverinoma basabye kwegura mu rwego rwo kubahiriza amasezerano aherutse gusinywa […]

Tour du Rwanda 216: Etape ya mbere Abanyarwanda bahagaze neza n’ubwo bananiwe Etape

Nyuma ya prologue yatwawe n’umunyacanada, Abanyarwanda bakomeje kutoroherwa na Tour du Rwanda 2016 nk’uko byari byitezwe mbere y’uko irushanwa ritangira, bafite umwenda w’umuhondo n’ubwo bataratsindira etape. Umunyacanada, Guillaume Govin niwe wegukanye Etape ya mbere yo kuva Kigali kugera i Ngoma ahabarirwa ibirometero 96 na metero 800, iyi Etape isanzwe izwi ho kugora Abanyarwanda. [ad id=”44145″] […]

Igisirikare cya Uganda cyavuze aho Gen Makenga wayoboraga M23 aherereye

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za M23 Sultani Makenga ari muri Uganda mu murwa mukuru Kampala, mu gihe hari hamaze iminsi igisirikare cya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo gitangaje ko yaburiwe irengero. [ad id=”44145″] Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, nibwo ingabo za kongo zari zagabye ibitero mu duce tw’Uburasirazuba […]

Ni Peace, arashaka umukunzi w’umugabo ukuze(Fungura ubone numero ze)

Ndi umukobwa ndashaka umugabo ukuze cyane ufite amafaranga ku buryo ntazagira ikibazo si uwo kubana nawe ni ukurya ubuzima igihe cyose ashakiye Sindatangirab gukundana ntawo kubana ndakenera umugabo ukuze ukeneye kunezerwa ampamagare kuri 0723366129 NKENEYE UZAMFASHA PLS!!! Nitwa Keza Peace. [ad id=”44145″] Abandi bashaka abakunzi ni: 1.Nitwa Mugisha Ortis, umukobwa uko yaba ameze kose afite […]

Somalia: Perezida Hassan Sheik Mohamoud aratabariza igihugu cye kubera inzara

Perezida Hassan Sheik Mohamoud wa leta ya Somalia aratabariza igihugu cye kubera ikibazo cy’inzara cyugarije abaturage be gikomeje gufata indi ntera kubera ubutayu. [ad id=”44145″] Mu ijambo rye aherutsekugeza ku itangazamakuru yagize ati”uwabibasha yafasha abaturage ba Somalia kubera ikibazo cy’amapfa gikomeje gufata indi ntera bitewe n’ubutayu bwiyongera umunsi ku wundi muri iki gihugu.” Yakomeje asaba […]

Burundi: Imbonerakure mu gahinda ka bagenzi bazo 6 bishwe

Kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, urubyiruko rw’Imbonerakure zo mu Burundi rwatambagiye imihanda yo mu gace ka Musaga zibuka bagenzi bazo bishwe mu myigaragambyo y’abamaganaga Perezida Nkurunziza w’u Burundi, uyu mutambagiro ukaba wanenzwe na bamwe ko abantu 6 ataribo bakwibukwa gusa mu majana yishwe. [ad id=”44145″] Izi Mbonerakure zibukaga bagenzi bazo 6 bishwe, […]

Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga ba EAC bemeranyije gushyigikira Dr Amina

Abaminisitiri b’ibihugu bitandatu bigize umuryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) bemeranyije guhuriza hamwe imbaraga bagafatanya kwamamaza umukandida watanzwe n’igihugu cya Kenya ku mwanya w’umuyobozi w’umuryango w’Afurika yunze ubumwe. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter mbere yo guhaguruka yerekeza muri Kenya, minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yatangaje ko iyi nama yahuje abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga mu rwego […]

Byagaragaye ko Groove Awards atari nk’andi marushanwa asanzwe

Mu ijoro ryo kuwa 13 Ugushyingo ubwo hatangwaga ibihembo ku biganiro, indirimbo n’abahanzi byose bihimbaza Imana ku nshuro ya kane, minisitiri w’umuco na Siporo yashimiye uburyo ibi birori bitegurwa ndetse by’umwihariko ashimira ko bidakorwa nk’uko andi marushanwa asanzwe akorwa. Nk’uko byasobanuwe n’abategura Groove Awards, ni irushanwa ridahatanirwa ahubwo riharanira ko abakora ibijyanye n’ivugabutumwa bw’Imana (Gospel) […]

Amerika: Abantu basaga miliyoni 3 bagiye kwirukanwa mu gihugu cyangwa bafungwe

Mu ijambo Perezida mushya w’Amerika Donald Trump aherutse kuvugira kuri televiziyo ya CBS, ku wa gatanu w’icyumweru gishize ariko rikongera kugarukwaho muri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, Perezida Trump yavize ko abantu baakabakaba miliyoni bari muri Amerika ku mpamvu zitandukanye barimo abimukira bahaari mu buryo butemewe n’amategeko, abacuruza n’abaloresha ibiyobyabwenge, ibico by’amabandi, abafitanye […]

Uburengerazuba: Abatwara abantu ku binyabiziga basabwe kubahiriza uburenganzira bwabo

Mu nama yabaye ku wa 12 Ugushyingo 2016, yari yahuje inzego z’umutekano n’abatwara abantu n’ibintu ku binyabiziga mu karere ka Rubavu ho mu ntara y’uburengerazuba, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) Emmanuel Karasi yasabye abatwara abagenzi kuri moto n’amagare kwita ku mutekano w’abagenzi batwaye ndetse n’abandi bakoresha inzira […]