Abasirikare bâurugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya mbere)
Abasirikare umuntu yakwita abâurugamba akenshi usanga ari abazwiho ibikorwa ku rugamba rufite intego, aha rero na none hakaba hari bamwe bazwi bagiye barusoza amahoro ariko nyuma ugasanga bishwe cyangwa bapfuye mu buryo buri wese yibaza ariko agasigara mu rujijo. Aba basirikare kandi si uko bakoze ibikorwa byiza ngo bitwe intwari zâigihugu, ahubwo ni uko hari […]
Canada yohereje Seyoboka ushinjwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Umunyarwanda Seyoboka Jean Claude ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 yoherejwe mu Rwanda nâigihugu cya Canada yari yarahungiyemo kuva mu mwaka wa 1996. [ad id=”44145″] Ikinyamakuru cya CBS cyo muri Canada cyanditse ko Seyoboka ushinjwa nâubushinjacyaha bwâu Rwanda kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu mujyi wa Kigali yabanje guhabwa ibyangombwa […]
Zimbabwe: Perezida Mugabe ngo yaba ashaka kuyoboka Donald Trump
Nyuma yâiminsi micye Trump atorewe kuyobora Amerika, Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe ngo yaba ashaka kuzura umubano nâAmerika, aho avuga ko Trump azamwakira nta kabuza. Ni mu gihe kandi Amerika yari imaze igihe itavuga rumwe na Perezida Robert Mugabe washinjwe kugundira ubutegetsi bwa Zimbabwe kuva yabona ubwigenge, imicungire mibi yâumutungo wâigihugu, kutavuga rumwe nâabazungu ndetse […]
FERWAFA yatangaje ibihano kuri Ndoli Jean Claude wa AS Kigali
Umuzamu wâikipe ya AS Kigali yamaze gufatirwa ibihano nâishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda nyuma yâimyitwarire idahwitse yagaragaje ku mukino wahuje ikipe ye na Rayon Sport ku munsi wa kane wa Shampiyona (Azam premier League). Akanama ka FERWAFA gashinzwe imyitwarire katangaje ko Ndoli Jean Claude wâimyaka ⊠ahagaritswe imikino ibiri ndetse akaba agomba no gutanga nâamafaranga […]
Shampiyona irasubukurwa ku munsi wayo wa gatanu, APR FC ntizakina
Mu mpera zâiki cyumweru mu Rwanda harasubukurwa imikino yâumupira wâamaguru hakinwa umunsi wa gatanu wa Shampiyona nyuma yâuko iyi mikino yari yahagaritswe kubera imikino ya gicuti ikipe yâigihugu yari yagiyemo mu gihugu cya Maroc. Iyi mikino izaba ikinwa mu gihe ikipe ya APR FC yo izaba idahari kuko ubu iri kubarizwa mu gihugu cya Congo […]
Ese Minisiteri yâUbuzima yaba igiye gukemura burundu ikibazo cyâinzitiramibu cyabaye ingorababizi?
Ikibazo cyâindwara ya Malaria ni ikibazo cyugarije isi ndetse nâu Rwanda muri rusange. Ni kenshi usanga imiryango mpuzamahanga yarahagurukiye guhangana nâiki kibazo, ariko mu maraporo ahora asohoka ntihaburamo imibare yâabahitanwa na Malaria ikiri ku rwego rwo hejuru. [ad id=”44145″] Mu Rwanda kimwe no mu bindi bihugu, usanga bihuriye ku ngamba zo gukoresha inzitiramibu mu guhangana […]
LONI ntikozwa ibyo gushaka usimbura Jamal mu Burundi
Perezida Nkurunziza yasabye ubuyobozi bwa Loni gutangira gukora iperereza ndetse mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri gusa uyu muryango ukazaba wamaze kubona uzasimbura Jamal washinjwe kubogama. Leta ya Nkurunziza yandikiye umunyamabanga wâumuryango wâAbibumbye Ban Ki-Moon ndetse na Antonio Guterres uzasimbura Ki-Moon gushaka intumwa igomba gusimbura uwari uhagarariye LONI mu Burundi, Uburundi butangaje ko buzirukana Jamal Benomar […]
Rwandair irashaka kugaragaza itandukaniro nâibindi bihugu ku isi bihomba mu bwikorezi bwo mu kirere
Mu gihe u Rwanda rwakiraga indege nshya ya Boeing 737-800 NG, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ugushyingo 2016, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâibikorwaremezo ushinzwe ubwikorezi, Dr Alexis Nzahabwanimana, yavuze ko u Rwanda rushaka kugaragaza itandukaniro mu bindi bihugu hirya no hino ku isi usanga bivuga ngo kompanyi zabo zâubwikorezi bwo mu kirere […]
Kigali: Abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bazira guhimba ibyangombwa bitari ibyabo
Abantu 10 barimo nâumugore bafashwe nâiperereza nyuma yâuko bigaragaye ko biyitirira imitungo isa nâitagifite beneyo, aba bantu bakihimbira ibyangombwa bigaragaza ko iyo mitungo ari iyabo kugirango babigurishe. [ad id=”44145″] Aba bakekwa bakaba bibanda ku kugurisha imitungo irimo ubutaka , ibibanza cyangwa amazu akodeshwa bigaragara ko benebyo bamaze igihe badakoresha cyangwa badahora hafi. Umuvugizi mukuru wa […]
Umugabo wâibiro 500 amaze imyaka 25 atarasohoka ngo agere hanze
Iman Ahmad Abdulati, ni umugabo wâimyaka 36 yâamavuko. Avuka mu mujyi wa Alexandria muri Egypt, akaba avugwaho kuba umwe mu bantu bapima ibiro byinshi ku isi, ku biro bye bisaga 500. [ad id=”44145″] Uyu mugabo, amaze hafi imyaka isaga 25 adakandagira hanze kuko atabasha kuva aho ari, ahubwo yibera iwe mu nzu. Uyu mugabo utabasha […]
Leta yongereye ubufasha bugenerwa abo mu cyiciro cyâubudehe cya 1 nâicya 2
Minisiteri yâUbuzima yatangije gahunda igamije kwita ku buzima bwâAbanyarwanda babarurirwa mu cyiciro cya mbere nâicya kabiri cyâubudehe, aba bagiye kujya bahabwa ubuvuzi ku buntu banagaburirwe igihe batwite kugeza ku mezi atandatu nyuma yâuko umwana avutse. Byâumwihariko kuri uyu wa gatatu nibwo minisitiri wâUbuzima Gashumba Diane yatangarije abanyamakuru ko iyi minisiteri yatangije gahunda yo kuvura ababarizwa […]
Isi yaba iri mu kaga, Uburusiya nabwo bwikuye muri ICC
Perezida wâUburusiya, Vladimir Putin yamaze kwemeza ko iki gihugu cyâigihangange ku isi kitakibarizwa mu rukiko mpuzamahanga mpana byaha rwashyiriweho guca imanza mpuzamahanga zâibyaha bishingiye kuri politiki nâintambara. Uburusiya buvuye muri ICC mu gihe ibihugu byâibihangange bikomeje kotsa igitutu iki gihugu bigisaba guhagarika ibikorwa byâintambara muri Sryia. [ad id=”44145″] ICC yari imaze iminsi yibasiwe nâabanyamuryango bo […]
Maj. Mbanda ngo ibyo yabonye ku rwibutso rwa Gisozi ni isomo rikomeye
Majoro J. Mbanda umwe mu bitabiriye amahugurwa mpuzamahanga yaberaga mu Rwanda ku bijyanye nâamahame yo kurengera abaturage yitiriwe Kigali, atangaza ko yashenguwe nâibyo yabonye nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi akemeza ko ari isomo rikomeye ku nshingano zo kurinda abaturage. Nyuma yo kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda […]
Kenya: Wiliam Ruto arashinja Odinga koshya leta
Perezida wungirije wa Leta ya Kenya William Ruto, arashinja Raila Odinga wahoze ari Minisitiri wâIntebe muri kiriya gihugu gushoza intambara yâamagambo muri Guverinoma bigatuma Leta ifata umwanzuro wo gukura abasirikare muri Sudani yâepfo. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ugushyingo ubwo bari mumuhango wo gutwika intwaro zambuwe abari bazitunze mu buryo bunyuranyije nâamategeko mu […]
Abadepite bo muri Guinée bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera
Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ryâabagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya GuinĂ©e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi zâiki Kigo. Bahawe ikaze nâUmuyobozi wa Laboratwari ya Polisi yâu Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora […]
Ibihugu bitishoboye byasabiwe gufashwa mu guhangana nâibiza
Ibiza birimo imyuzure, imihindagurikire yâikirere, amapfa ni bimwe mu bikomeje kwibasira abatuye isi bikagira uruhare mu guhungabanya ubutunzi bwâisi. Ubushakashatsi bwerekana ko ibiza biteza igihombo kingana na miliyari 520 buri mwaka zâamadorali mu gihe abaturage bagera kuri miliyoni 26 bakeneshwa na byo. Ubu bushakashatsi bwashyiriwe ahagaragara mu nama yâumuryango wâabibumbye yiga ku mihindagurikire yâikirere iri […]
Tour du Rwanda:Timothy Rugg ukomoka muri Canada niwe wegukanye Etape ya 3
Mu isiganwa ryo kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda Areruya Joseph niwe waje ku mwanya wa 2 nyuma ya Timothy Rugg, ukomoka muri Canada, akaba nâuwa mbere mu banyarwanda bari mu irushanwa . Muri iri siganwa ryaturukaga mu karere ka Karongi ryerekeza i Rusizi ku birometero hafi 120, aba basore bagaragaje zimwe mu mbogamizi […]
Amerika: Abakirisitu nâabayoboke ba Satani bahanganiye mu mwigaragambyo
Imyigaragambyo yo kwamagana itsinda rya Satani muri Amerika mu mujyi wa Portland, abakirisitu benshi bigaramgambije bamagana umugambi wâabiyise itsinda rya Satani batangaje ko bagiye gushinga ishuri rya Satani. Itsinda rya Satani risanzwe rifite urusengero muri Amerika riteraniramo, Abayoboke bâiri tsinda bari batangarije CNN dukesha iyi nkuru ko bagiye gutangiza ishuri naryo rizajya ryigisha ibya Satani. […]
'Drones' zazaniwe gutwara amaraso ziravugwaho kugwa mu mirima y'abaturage
Abatuye mu karere ka Muhanga baturanye n’ikibuga cyâindege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye byâigihugu bemeza ko nyuma yâigihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa nâubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri […]
RDC: Ijambo rya Perezida Kabila ryateje impagarara mu banyepolitiki
Kuru uyu wa 15 Ugushyingo 2016, ubwo abanyepolitiki batandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bari bateraniye kumvira hamwe icyo Perezida Joseph Kabila atangaza ku kijyanye no kwiyamamariza kuyobora indi manda, aba banyepolitiki batunguwe nâimvugo yakoresheje mu kubabwira icyo atekereza. Perezida Kabila yavuze ko nta kintu azigera ahindura ku biteganywa nâitegeko nshinga ryo mu gihugu […]
Abazungu bakurikiranyweho gushyira umwirabura muzima mu isanduku bashaka kumutwika
Mu gihugu cyâAfurika yâepfo hakomeje kugaragara mo ibikorwa byâurugomo cyane cyane ibikorerwa abirabura nkuko byagendekeye Victor Mlotshwa washyizwe mu isanduku ari muzima nâabagabo babiri bâabazungu bashaka kumutwika ari muzima. Mu mashusho yâamasegonda 20 yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Mlotshwa wâumwirabura ukomoka mu mugi wa Johannesburg ashyirwa mu isanduku ku gahato nâabagabo bâabazungu; ari bo Willem […]
Ubuyobozi bwa Zipline ntibwemeranya nâibivugwa ku ihanuka rya hato na hato ryâindege zitwara amaraso (Drones)
Abaturiye ikibuga cyâindege zitagira abapiloti zikoreshwa mu gutwara amaraso mu bice bitandukanye byâigihugu bemeza ko nyuma yâigihe gito izi ndege zitangiye gukoreshwa, batangiye kuzibona zigwa ahantu hatandukanye mu buryo busa nâubutateguwe; aho bamwe bemeza ko zabasanze mu mirima ndetse no mu ngo zabo. Umwe mu baturage wemeza ko yaguye muri kimwe mu bigo byâabafurere yagize […]
DASSO n'Inkeragutabara, zimwe mu nzego zishimiwe n'abaturage mu mujyi wa Kigali-Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara nâikigo cyâigihugu gishinzwe imiyoborere RGB 2016, bugaragaza ko inzego zâumutekano zirimo DASSO ndetse nâInkeragutabara ziri mu nzego aba baturage bafitiye icyizere. [ad id=”44145″] Ubu bushakashatsi bwerekana ko inzego zâumutekano muri rusange zifitiwe icyizere ku rugero rushimishije, aho Inkeragutabara zizewe ku kigero cya 76.6% naho DASSO ikaba izewe ku kigero cya 86.1%. Izindi […]
Ikibazo cyâimishahara yâabaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?
Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N ù° 13/2009 ryo kuwa 27/05/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha nâumukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 […]
Ibyiciro byâubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi nâicyaro
Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cyâibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi nâimiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice byâicyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro […]
Kamonyi: Nyirandimubanzi wâimyaka 33 akurikiranwe ho guta umwana we mu bwiherero
Umugore witwa Nyirandimubanzi Cecile wari utuye mu Karere ka Kamonyi , Umurenge wa Karama afungiye kuri Sitasiyo ya polisi ya Kayenzi aho akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana yari amaze kubyara amunize agahita amuta mu bwiherero (WC) Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko ku wa mbere taliki ya 14 Ugushyingo 2016 ari bwo abaturage basanze Nyirandimubanzi […]
Leta yâUburundi iri kwihoma kuri Amerika nyuma yo kongerwa ibihano
Leta yâUburundi yari imaze iminsi igerageza kwigaragariza neza Amerika, Perezida Nkurunziza ari mu bakuru bâibihugu bihutiye kugaragaza gushimira perezida mushya wâAmerika uherutse gutorwa, Donald Trump, gusa ibi ntibikuraho ko perezida Obama we yamaze gutangaza ko ibihano Amerika yafatiye Uburundi byongerewe ho undi mwaka. Mu gihe leta yâUburundi yatekerezaga ko ishobora gukomorerwa nâAmerika igakurirwaho ibihano imaze […]
Ni Aimable, umusore ushaka umukobwa bakundana w'inzobe, imyaka hagati ya 21-26 (Fungura ubone nimero)
Muraho nanjye ndashaka ukunzi, ni umusore uringaniye muburebure ndetse no kuri taille, mfite imyaka 29 y’amavuko, Ndifuza umukobwa ufite hagati y’imyaka 21-26, ufite byibuze A2, uringaniye abaye inzobe byaba ari akarusho cga imibiri yombi, utuje, twavugana kuri 0788201647,0728621433. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru […]
U Rwanda rwaguze indege nshya ishobora kujya ijya no muri Amerika
Sosiyete yâigihugu itwara abagenzi mu kirere ya Rwandair yamaze gutumiza indege nshya yo mu bwoko bwa Boeing B737-800NG, iyi ndege ikaba itegerejwe ku kibuga mpuzamahanga cyâindege cya kanombe iturutse muri Amerika. [ad id=”44145″] Iyi ndege ije mu gihe iyi sosiyete yo mu Rwanda yari imaze iminsi micye itangaje ko igiye kwagura imikorere ikajya igera no […]
Kuki Abadepite batemeranyije na Bamporiki ku igabanywa ryâibigenerwa abategetsi bakuwe ku kazi?
Umushinga wâitegeko rigabanya ibyo umuyobozi mukuru uvuye ku butegetsi agenerwa wagejejwe na minisitiri wâAbakozi nâUmurimo ku nteko ishinga amategeko, muri uyu mushinga hagaragara mo ko guverinoma yifuza ko amezi yo gukomeza guhembwa yagabanuka akaba 6 aho kuba 12, Abadepite bagomba kwiga ndetse bakanatora iri tegeko ni bamwe mu bo ryagiraho ingaruka riramutse ritowe. Ubusanzwe umuyobozi […]
Chorale Christus Regnat igiye gushyira indirimbo za Rugamba Sipiriyani ku manota
Mu gihe abantu benshi bakunze gufata umuhanzi Sipiriyani Rugamba nkâigishyitsi cyâabahanzi nyarwanda guturuka mu bihe byashize, wanamenyekanye cyane mu njyana yâamasimbi nâamakombe ariko kuri ubu inganzo ikaba isa nâiyazimye kubera ko nta bagihanga izi ndirimbo nâimbyino, Chorale Christus Regnat yo itangaza ko itazigera ituma iyi njyana izima. Mu muhango wo kumurika ku mugaragaro Album yabo […]
Perezida Kabila ngo arashaka kwiyegereza Gen Laurent Nkunda na Gen Sultani Makenga
Mu gihe Perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kotswa igitutu nâamahanga afatanyije nâabamurwanya bamusaba kuva ku butegetsi, ngo kuba yabonana na Gen Nkunda na Makenga byamufasha kugira bimwe yikiza ubutegetsi bukamuguma mu biganza. Perezida Kabila ngo akaba yifuza guhura nâaba basirikare nyuma yaho amenyeye ko yiyegereje Abagogwe nâAbanyamurenge ndetse nâandi moko […]
Urubyiruko rurasabwa kugaragaza uruhare mu kuzamura EAC
Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe umuryango wâibihugu byâAfurika yâi Burasirazuba kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2016, Minisitiri wâubucuruzi, inganda nâibikorwa byâumuryango wâAfurika yâUburasirazuba Francois Kanimba, yasabye ko urubyiruko rwaba nyambere mu guteza imbere uyu muryango. [ad id=”44145″] Mu nsangamyamatsiko igaragaza uburyo ubufatanye mu bihugu bigize umuryango, ari imwe mu nkingi za […]
Tour du Rwanda: Umunyarwanda Ndayisenga Valens yegukanye Etape ya 2
Kuri uyu munsi wa 3 wa Tour du Rwanda 2016, yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda valens Ndayisenga niwe wayegukanye akoresheje amasaha 3 n’iminota 16. [ad id=”44145″] Abakinnyi bahagurutse i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri berekeza Karongi, bakaba basoje bakoze Km 125. Uyu musore Valens Ndayisenga w’imyaka […]
Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa
Mu gihe nkâiki abavugabutumwa bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi wâImana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe. Umushakashatsi wâumupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo […]
Goma: Abasirikare basaga 300 bigaragambije basaba kwishyurwa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2016, bamwe mu basirikare ba Congo (FARDC) nibwo bishoye mu mihanda bigaragambya basaba kwishyurwa imishahara yabo. Bamwe muri aba basirikare bigaragambije basaba imishahara yabo yâibirarane imaze imyaka igera kuri 3 abandi amezi 11, aba bakaba ari abofisiye nâabandi bâamapeti yo yasi. [ad id=”44145″] Umwe […]
Rusizi: Bategereje imodoka ya Polisi igenzura ubuziranenge bwâibinyabiziga
Abatunze imodoka bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheka bategereje imodoka ya Polisi igenzura ubuziranenge bwâimodoka kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Ugushyingo. Ni mu rwego rwo korohereza abatunze ibinyabiziga hirya no hino mu gihugu hagamijwe kudakora urugendo rurerure, ariko cyane cyane kubafasha gusuzumisha ibinyabiziga hagamijwe kumenya imiterere yabyo kugira ngo habeho kwirinda impanuka. […]
âNtitwavuga iterambere tutavuze ubureziâ Donatille Mukabalisa
Perezidante w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite , Mukabalisa Donatille yatangaje ko gahunda y’uburezi ikomeje gukorwa hagati y’u Rwanda na Swede ifitiye akamaro gakomeye iterambere ryâu Rwanda. Ibi perezidante wâinteko ishanga amategeko, umutwe wâAbadepite yabitangarije mu gihugu cya Swede kuri uyu wa mbere aho we nâitsinda ryâabadepite ayoboye bakomeje gusura kaminuza ya Uppsala ishami […]
Si benshi bakunda Museveni kugeza ahanjye- Kizza Besigye
Ku cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, ubwo Kizza Besigye umuyobozi mukuru wâishyaka FDC ryo muri Uganda yasuraga abaturage bo muri district ya Ibanda, nibwo yatangarije imbaga yâabaturage bari baje kumwakira ko atanga Museveni nubwo bamufata nk’utavuga rumwe nawe. Kizza Besigye wakiriwe nâimbaga yâabayoboke bâishyaka rye(FDC), bamwakira nka perezida wâigihugu ndetse nanateguye itapi itukura (red […]
ICC irashaka kuburanisha abasirikare b'Amerika
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ruravuga ko ingabo zâAmerika ari zimwe mu zagize uruhare rukomeye mu bwicanyi, ihohoterwa ndetse nâubundi bugizi bwa nabi bwakorewe abaturage muri Afuganistani. [ad id=”44145″] Uru rukiko ruvuga ko rufite ibihamya byâuko izi ngabo zâAmerika zakoze ubugizi bwa nabi muri kiriya gihugu, hifashishijwe amakuru atangwa na bamwe mu basirikare babo batawe muri […]
RGB igiye gukurwa mu bigo birebererwa na MINALOC
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu yamaze kugeza umushinga wâitegeko rishyiraho Urwego rwâigihugu rwâimiyoborere myiza (RGB) rikanagena inshingano, ububasha, imiterere nâimikorere byâuru rwego ku Nteko Rusange yâUmutwe wâAbadepite. Ikigo cyâigihugu cyâimiyoborere (RGB) cyabaga muri Minisiteri yâUbutegetsi bwâigihugu harateganywa ko kizamurwa, kikigenga, kikaba ku rwego rwâIgihugu rwâimiyoborere nâubuyobozi bwacyo bukagira manda yâimyaka itanu ishobora kongerwa. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko […]
Si Perezida Nkurunziza utagisohoka mu gihugu gusa, ku baturage bo ngo bisa nkâicyaha
Kuva ku wa 13 Gicurasi 2015, ubwo Perezida Nkurunziza bari bagiye kumuhirika ku butegetsi (Coup dâEtat) bikanga, ntabwo yari yagerageza ngo asohoke mu gihugu, nâumuturage kuba yasohoka mu gihugu ngo bisigaye bisa nkâaho ari icyaha kimwe no kukigarukamo. Hagendewe ku nkuru yâikinyamakuru cyâi Burundi (yaga Burundi), ngo biragoye kuba wasohoka mu gihugu i Burundi ukongera […]
Perezida Kagame na Madamu muri Maroc mu nama yiga ku mihindagurikire yâikirere
Perezida Paul Kagame wâu Rwanda na madamu Jeannette Kagame, ku munsi wâejo bageze i Marrakech mu gihugu cya Maroc aho yitabiriye inama ya 22 yâumuryango wâabibumbye yiga ku mihindagurikire yâikirere; Muir iyi nama kandi akaba yari kumwe na minisitiri wâububanyi nâamahanga Louise Mushikiwabo. [ad id=”44145″] Iyi nama iritabirwa nâabandi bakuru bâibihugu na za guverinonma bagera […]
Gasabo: Imodoka itwaye ibiyobyabwenge yafashwe uwari uyitwaye aburirwa irengero
Ishami rya Polisi rirwanya inyerezwa ryâimisoro nâamahoro(Revenue Protection Unit RPU ) ryafatiye mu muhanda Gatuna Kigali , imodoka ipakiye amakarito 40 yâinzoga ya Blue Sky, Kitoko na Red gin, zose zitemewe ndetse zishyirwa mu rwego rwâibiyobyabwenge hano mu Rwanda. Iyi modoka, Mitsubishi Fuso RAC 008U yafashwe mu ma saa munani zâigitondo mu murenge wa Jabana, […]
Abasaga 500 bakekwaho uruhare muri jenoside barakidegembya hirya no hino ku isi
Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 igahitana abasaga miliyoni bâinzirakarengane yasize ingaruka zikomeye ku gihugu byâumwihariko ku baburiye ababo muri iyi jenoside. Kimwe mu bikomeje guhangayikisha imiryango iharanira inyungu zâabacitse ku icumu nâigihugu muri rusange ni uko hari ibihugu bikigenda biguru ntege mu gufata no kohereza abakekwaho uruhare bakidegembya. Umuryango ushinzwe kugaragaza abihishe hirya no hino […]
Ese ni ngombwa ko pasiteri yirirwa yishyuza abakiristo icyacumi nkâabariye ideni?
Mu gihe benshi mu bakiristo usanga binubira abashumba babo babishyuza icyacumi nkâabariye ideni, Ap.Paul Gitwaza umuyobozi wa Zion Temple we atangaza ko iki cyacumi ari ideni. Imbere yâimbaga yâabakiristo, Gitwaza yagize ati: âreka mbaze, tube honnĂ ÂȘte, ni bande batanga icyacumi mu rusengero, ntimubeshye kuko nubeshya Imana irakureba, iragufungira nâibindi [abagitanga bamanika intoki]â. Akomeza abigisha ibyiza […]
Kenya: Ubunini bwâigitsina cye ntibumwemerera gukora imibonano mpuzabitsina
Umusore witwa Owiti Opiyo wâimyaka 20 yâamavuko uvuka mu gihugu cya Kenya aravugwaho imiterere yâigitsina umuntu yakwita ko ari nkâumwihariko, aho ngo icyo gitsina cye kitamwemerera kuba yakora imibonano mpuzabitsina ngo abe yazabyara nkâabandi. [ad id=”44145″] Nkâuko bitangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muiri iki gihugu, ngo uyu musore yatangiye kubona impinduka zidasanzwe ku gitsina […]
Ku myaka 68, umusaza yaje kuvumbura ko yarongoye umwuzukuru we
Umusaza wâimyaka 68 yâamavuko utuye mu mujyi wa Miami yaje kuvumbura ko umugore wâimyaka 24 yâamavuko ari umwana wâumuhungu we (umwuzukuru). Ubwo umukobwa yarebaga muri album yâumuryango aho yari ibitse, yakomeje kureba amafoto atandukanye nyuma aza kugwa ku ifoto, asanga se umubyara ari umuhungu wâumugabo we (sekuru). Urubuga 7sur7, rukomeza rutangaza ko umugore wa mbere […]
U Rwanda rwiyemeje kuringaniza ubucuruzi bwarwo nâubwa EAC
Minisiteri yâubucuruzi, inganda nâibikorwa byâumuryango wa Afurika yâuburasirazuba iratangaza ko mu gihe cyâimwaka icumi u Rwanda ruzaba rumaze kuzamura ibikorwa byarwo byâubucuruzi ku rwego rumwe nâurwâibindi bihugu bibarizwa muri uyu muryango nyuma yâuko bigaragaye ko iki gihugu kikiri inyuma mu bucuruzi nâinganda. Ibi byatangajwe na minisitiri Kanimba Francois mu kiganiro nâabanyamakuru gitegura itangizwa ryâicyumweru kigamije […]
RDC: Minisitiri wâIntebe yeguye ku mirimo ye
Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016, Minisitiri wâIntebe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Matata Ponyo hamwe na Guverinoma ye yose, bashyikirije Perezida Kabila ibaruwa isaba kwegura ku mirimo yabo. [ad id=”44145″] Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko Minisitiri wâintebe Matata Ponyo nâabo bakorana muri guverinoma basabye kwegura mu rwego rwo kubahiriza amasezerano aherutse gusinywa […]
Tour du Rwanda 216: Etape ya mbere Abanyarwanda bahagaze neza nâubwo bananiwe Etape
Nyuma ya prologue yatwawe nâumunyacanada, Abanyarwanda bakomeje kutoroherwa na Tour du Rwanda 2016 nkâuko byari byitezwe mbere yâuko irushanwa ritangira, bafite umwenda w’umuhondo n’ubwo bataratsindira etape. Umunyacanada, Guillaume Govin niwe wegukanye Etape ya mbere yo kuva Kigali kugera i Ngoma ahabarirwa ibirometero 96 na metero 800, iyi Etape isanzwe izwi ho kugora Abanyarwanda. [ad id=”44145″] […]
Igisirikare cya Uganda cyavuze aho Gen Makenga wayoboraga M23 aherereye
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko uwahoze ari umuyobozi wâinyeshyamba za M23 Sultani Makenga ari muri Uganda mu murwa mukuru Kampala, mu gihe hari hamaze iminsi igisirikare cya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo gitangaje ko yaburiwe irengero. [ad id=”44145″] Ku wa gatandatu wâicyumweru gishize, nibwo ingabo za kongo zari zagabye ibitero mu duce twâUburasirazuba […]
Ni Peace, arashaka umukunzi wâumugabo ukuze(Fungura ubone numero ze)
Ndi umukobwa ndashaka umugabo ukuze cyane ufite amafaranga ku buryo ntazagira ikibazo si uwo kubana nawe ni ukurya ubuzima igihe cyose ashakiye Sindatangirab gukundana ntawo kubana ndakenera umugabo ukuze ukeneye kunezerwa ampamagare kuri 0723366129 NKENEYE UZAMFASHA PLS!!! Nitwa Keza Peace. [ad id=”44145″] Abandi bashaka abakunzi ni: 1.Nitwa Mugisha Ortis, umukobwa uko yaba ameze kose afite […]
âAbantu bifashisha ubumenyi kugirango bagere ku bisubizo by'ibibazoâ Perezida Kagame
Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016, u Rwanda rwakiriye inama yâikigo Mpuzamahanga giteza imbere Ubumenyi bwa Siyansi ku isi (TWAS: The World Academy of Sciences), ni ku nshuro ya 27 iyi nama ibaye kuva iki kigo cyashingwa. Afungura ku mugaragaro iyi nama, umukuru wâigihugu cyâu Rwanda Paul Kagame yavuze ko Siyansi ifite umumaro ukomeye mu […]
Somalia: Perezida Hassan Sheik Mohamoud aratabariza igihugu cye kubera inzara
Perezida Hassan Sheik Mohamoud wa leta ya Somalia aratabariza igihugu cye kubera ikibazo cyâinzara cyugarije abaturage be gikomeje gufata indi ntera kubera ubutayu. [ad id=”44145″] Mu ijambo rye aherutsekugeza ku itangazamakuru yagize atiâuwabibasha yafasha abaturage ba Somalia kubera ikibazo cyâamapfa gikomeje gufata indi ntera bitewe n’ubutayu bwiyongera umunsi ku wundi muri iki gihugu.â Yakomeje asaba […]
Burundi: Imbonerakure mu gahinda ka bagenzi bazo 6 bishwe
Kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, urubyiruko rwâImbonerakure zo mu Burundi rwatambagiye imihanda yo mu gace ka Musaga zibuka bagenzi bazo bishwe mu myigaragambyo yâabamaganaga Perezida Nkurunziza wâu Burundi, uyu mutambagiro ukaba wanenzwe na bamwe ko abantu 6 ataribo bakwibukwa gusa mu majana yishwe. [ad id=”44145″] Izi Mbonerakure zibukaga bagenzi bazo 6 bishwe, […]
Abaminisitiri bâububanyi nâamahanga ba EAC bemeranyije gushyigikira Dr Amina
Abaminisitiri bâibihugu bitandatu bigize umuryango wâAfurika yâiburasirazuba (EAC) bemeranyije guhuriza hamwe imbaraga bagafatanya kwamamaza umukandida watanzwe nâigihugu cya Kenya ku mwanya wâumuyobozi wâumuryango wâAfurika yunze ubumwe. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter mbere yo guhaguruka yerekeza muri Kenya, minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda Louise Mushikiwabo yatangaje ko iyi nama yahuje abaminisitiri bâububanyi nâamahanga mu rwego […]
Byagaragaye ko Groove Awards atari nkâandi marushanwa asanzwe
Mu ijoro ryo kuwa 13 Ugushyingo ubwo hatangwaga ibihembo ku biganiro, indirimbo nâabahanzi byose bihimbaza Imana ku nshuro ya kane, minisitiri wâumuco na Siporo yashimiye uburyo ibi birori bitegurwa ndetse byâumwihariko ashimira ko bidakorwa nkâuko andi marushanwa asanzwe akorwa. Nkâuko byasobanuwe nâabategura Groove Awards, ni irushanwa ridahatanirwa ahubwo riharanira ko abakora ibijyanye nâivugabutumwa bwâImana (Gospel) […]
Amerika: Abantu basaga miliyoni 3 bagiye kwirukanwa mu gihugu cyangwa bafungwe
Mu ijambo Perezida mushya wâAmerika Donald Trump aherutse kuvugira kuri televiziyo ya CBS, ku wa gatanu wâicyumweru gishize ariko rikongera kugarukwaho muri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, Perezida Trump yavize ko abantu baakabakaba miliyoni bari muri Amerika ku mpamvu zitandukanye barimo abimukira bahaari mu buryo butemewe nâamategeko, abacuruza nâabaloresha ibiyobyabwenge, ibico byâamabandi, abafitanye […]
Uburengerazuba: Abatwara abantu ku binyabiziga basabwe kubahiriza uburenganzira bwabo
Mu nama yabaye ku wa 12 Ugushyingo 2016, yari yahuje inzego z’umutekano n’abatwara abantu n’ibintu ku binyabiziga mu karere ka Rubavu ho mu ntara y’uburengerazuba, umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâIburengerazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) Emmanuel Karasi yasabye abatwara abagenzi kuri moto nâamagare kwita ku mutekano wâabagenzi batwaye ndetse nâabandi bakoresha inzira […]