Haravugwa ubwiyongere bukabije bw’impuzi z’Abarundi muri Tanzania

Muri raporo yashyizwe ahagaragara n’umuryango udaharanira inyungu w’abaganga batagira umupaka MSF, ivuga ko umubare w’impunzi z’Abarundi ukomeje kuzamuka uko bukeye n’uko bwije bityo bikaba ari bimwe mu biteye impungenge aba baganga kuko kubitaho bitoroshye bitewe n’ubucucike bwabo mu nkambi ndetse n’ubuzima babayeho. [ad id=”44145″] Leta ya Tanzania iravugwaho kuba icumbikiye Abarundi basaga ibihumbi 250 mu […]

Uwashinze urubuga rwa Facebook yihanije abakwirakwiza amakuru asebanya

Umuyobozi w’urubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Mark Zuckerberg yongeye kwihaniza abakoresha urubuga nabi mu buryo bwo gusebanya ndetse n’abakoreraho ibikorwa byo kwamamaza ku nyungu zabo bwite . Ibi yabigarutseho muri iki cyumweru gishize muri leta ya Peru iherereye mu majyepfo y’Amerika mu nama yari yamuhuje n’abakuru b’ibihugu bitandukanye bagera ku 10 ndetse n’Abaminisitiri b’Intebe, ubwo yagarukaga […]

Ndayisenga Valens yatwaye Tour du Rwanda 2016 , Tumwe mu dushya twaranze irushanwa

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2016 nibwo hasojwe amarushanwa yo gusiganwa ku magare azeguruka igihugu cy’u Rwanda, aya marushanwa yegukanwe n’umunyarwanda Ndayisenga Valens anakora amateka atarigeze akorwa n’undi munyonzi kuva aya marushanwa yatangira mu mwaka wa 2009 Valens Ndayisenga yatwaye Tour du Rwanda bwa mbere mu mwaka wa 2014 ubwo aya marushanwa yari yagizwe mpuzamahanga […]

Tanzania: Wasafi yatumiye Amber Rose mu gitaramo cyo ku mazi kizaba kuri Noheri

Mu rwego rwo kwizihiza Noheri y’uyu mwaka, mu gihugu cya Tanzania lebel y’umuhanzi Diamond Platnumz izwi nka Wasafi (WCB) yateguye igitaramo cyatumiwemo umunyamideri, Amber Rose kizaba mu ijoro ryo kuwa 24 Ukuboza kiswe Wasafi Beach Party kizabera ku mazi muri Dar es Salaam. [ad id=”44145″] Abahanzi bose bakorera muri iyi lebel ya Wasafi barangajwe imbere […]

Twavuze ko tuzashyigikira nyakubahwa Kagame Paul ntabwo twavuze RPF- FAZIL

Nyuma y’uko ishyaka PDI , abantu, amadini n’ibigo byasabye ko manda y’umukuru w’igihugu yavugururwa bityo Perezida Paul Kagame akaba yakwiyamamariza indi manda, uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano mu gihugu Sheikh Mussa Fazil Harelimana akaba n’umuvugizi w’iri shyaka yavuze ko ishyaka PDI rishyigikiye ko Perezida Kagame yakongera akiyamamaza ariko ko ridashyigikiye RPF. Mu kiganiro yagiranye na Radio […]

Kiliziya gatolika irashyize isaba imbabazi ku ruhare rwayo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Nyuma y’imyaka 22 yinangira kwemera, Kiliziya gatolika irashyize isaba imbabazi ku ruhare rwayo muri Jenoside yakorewe abatutsi mu myaka wa 1994. Kiliziya gatolika yakunze gusabwa kwemera uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi no kubisabira imbabazi ikomeza kubyanga, mu mwaka wa 2015 nibwo uwari umuvugizi wa Kiliziya Gatolika, Musenyeri Smaragde Mbonyintege yemeje ko iri dini ryemeye kuzasaba […]

Ikibazo cy’indwara zo mu mutwe ziterwa n’ibiyobyabwenge kirarushaho guhangayikisha

U Rwanda ruhangayikishijwe n’ubwiyongere bw’abakoresha ibiyobyabwenge mu gihe Ibitaro byita ku ndwara zo mu mutwe bivuga ko bikomeje kwakira abatewe ibibazo byo mu mutwe n’inzoga zitemewe biganje mu b’imyaka hagati ya 18 na 35. [ad id=”44145″] Nubwo benshi mu bakirwa ari ababaswe n’inzoga zikaze nka wine n’izitwa spirits, ngo hari no kwiyongera kw’abakoresha ibiyobyabwenge bikomeye […]

Kenya hagiye guteranira inama ya EALA yiga ku buringanire n’iterambere ry’umugore

Guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2016, I Nairobi muri Kenya hagiye guteranira inama y’ibyumweru 2 y’Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EALA ), iyi nama ikaba iziga ku ngingo 2 z’ingenzi zirimo umushinga w’itegeko ry’uburinganire n’iterambere ry’umugore ndetse n’uburyo hanozwa imikoreshereze y’ibikorwa muri za pulastike. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko […]

Kenya hagiye guteranira inama ya EALA yiga ku buringanire n’iterambere ry’umugore

Guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2016, I Nairobi muri Kenya hagiye guteranira inama y’Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EALA ), iyi nama ikaba iziga ku ngingo 2 z’ingenzi zirimo umushinga w’itegeko ry’uburinganire n’iterambere ndetse n’uburyo hanozwa imikoreshereze y’ibikorwa muri za pulastike. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko iyi nama izayoborwa […]

Imfura ya Ap.Paul Gitwaza yitabye Imana we ari mu masengesho y’iminsi 7

Ubwo yari imbere y’imbaga y’abakiristo abigisha iby’amabanga y’urugo, Ap Paul Gitwaza, umuyobozi wa Zion Temple yaboneyeho akanya ko kubagezaho ubuhamya bw’uburyo umwana wabo w’imfura yitabye Imana bari mu masengesho y’iminsi irindwi agerageza gushaka kumuzura Imana iramubuza. Mu gice cya mbere cy’aya mabanga yo kubaka urugo Gitwaza atanga ubuhamya, atangira agira ati: “ reka duhe amashyi […]

Abakomoka mu Karere ka Rubavu biyemeje kurushaho kuhateza imbere

Abakomoka mu Karere ka Rubavu batuye ahandi biyemeje kugira uruhare rufatika mu gutanga ibitekerezo byubaka Akarere ndetse no mu kubishyira mu bikorwa. [ad id=”44145″] Uyu ni umwe mu myanzuro y’inama Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagiranye nabo kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2016 mu rwego rwo kumenyana ndetse no gushyiraho ihuriro ribahuza nk’umurongo uzakomeza gucishwamo ibitekerezo […]

Rayon sport yeretse Sunrise ko ari umwana, iyobora urutonde

Mu mukino w’ishiraniro w’itabiriwe n’abafana benshi cyane wahuje Ryon sport na Sunrise i Nyagatare ku kibuga cya Kaminuza y’u Rwanda, ikipe ikomoka i Nyanza yeretse iyo mu Burasirazuba ko umukuru ahora ari mukuru. Byasabye iminota 73 kugirango umurundi, Kwizera Pierrot abashe guhindukiza umunyezemu wa Sunrise, wari witwaye neza muri rusange muri uyu mukino amutsinda igitego […]

U Budage: Angela Merkel aritegura gutangaza ko aziyamamariza manda ya 4 ku mugaragaro

Umuyobozi w’u Budage Angela Merkel ategerejweho kuri iki Cyumweru gutangaza ko aziyamamariza manda ye ya kane bivugwa ko bishobora kwishimirwa mu rwego rwo gushimangira gushikama kw’u Budage mu bihe u Bwongereza bwitegura gusohoka muri E.U ndetse na nyuma y’intsinzi ya Donald Trump muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. [ad id=”44145″] Nyuma y’uko hari hashize amezi […]

Uganda: Abantu 10 barohamye mu kiyaga cya Albert

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2016, Polisi yo mu gihugu cya Uganda yatangaje urupfu rw’abantu babarirwa mu 10 barohamye mu kiyaga cya Albert ubwo bari mu bwato bwaturukaga mu karere ka Buliisa bwerekeza Kagoya muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Polisi yo muri iki gihugu ikaba yatangaje ko ubu bwato bwari bupakiye cyane […]

Abagore 3 bafite inzoga za Blue Sky zitemewe mu Rwanda bafatiwe mu mukwabu

Abagore batatu bo mu karere ka Musanze batawe muri yombi kuri uyu wa kane bafatanywe amakarito 180 y’inzoga zo mu bwoko bwa Blue Sky zitemewe ku masoko yo mu Rwanda. Nyirabuhoro Rachel, Nyirankundimana Alice na Uwase Marie Gisele ubu bari mu maboko ya polisi y’u Rwanda kuri sitasiyo ya Muhoza bafatiwe mu mukwabu wakozwe na […]

CNLG yatangiye imyiteguro yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 23

Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ifite mu nshingano zayo gutegura igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi no gukora ku buryo kigenda neza mu gihugu hose. Ni muri urwo rwego, kuri uyu wa gatanu tariki 18/11/2016, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside yagiranye inama ya mbere n’abafatanyabikorwahagamijwe gutegurira hamwe gahunda yo kwibuka Jenoside […]

Real Madrid: Umutoza Zidane ngo aterwa umunezero n’abakinnyi ubu afite

Nyuma y’umukino nakinnye n’ikipe ya Atletico Madrid bakayitsinda ibitego 3 ku busa, nibwo Zidane umutoza w’ikipe ya Real Madrid yagaragarije itangazamakuru ibyishimo afite aboneraho no gutangaza ko abakinnyi afite bamutera umunezero. Kuri mikoro z’ikinyamakuru BeIn Sports France, Zidane yagize ati: “Simbizi niba navuga ko ari wo mukino wacu wa mbere ubaye mwiza, ariko bigenze neza […]

Umusirikare w’u Burundi, Col.Dieudonné Dushimagize yatawe muri yombi

Col. DieudonnĂ© Dushimagize, usanzwe ari umusirikare w’u Burundi, ku wa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 18 Ugushyingo 2016, nibwo yatawe muri yombi afatiwe mu biro bikuru bya gisirikare ajyanwa gufungirwa mu rwego rw’iperereza rw’i Bujumbura. [ad id=”44145″] Aya makuru yemejwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye ko Col. Dushimagize DieudonnĂ© uzwi ku izina rya […]

Moto yari yaribwe muri Nyagatare yafatanwe Ndizeye i Kirehe ukekwaho kuyiba

Nyuma y’ibyumweru bibiri mu karere ka Nyagatare hibwe moto RB 059 G, kuri ubu polisi mu karere ka Kirehe yataye muri yombi Ndizeye Donatien, umusore w’imyaka 23 y’amavuko ukekwaho kuyiba akaza kuyihahisha. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kirehe Superintendent of Police (SP) James Rutaremara yavuze ko kugirango iyi moto ifatwe ari umuturage watanze amakuru. […]

Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)

Iyi si ducumbitsemo twese uko turi hafi miliyari 7 tuyibanamo ukuntu gutandukanye kandi ugasanga buri wese afite uko ayibamo kujyanye naho ubuzima bumwerekeje. Hariho umuntu uvuka umubyeyi we akamubyara ashonje akazarinda [ uwo wavutse ] ava muri iyi si atariye ngo ahage n’umunsi n’umwe kabone nubwo yamara imyaka 100. Ubwo ariko bamwe baba barira, abandi […]

Amerika ntizi ahantu Hezbollah yakuye ibimodoka by’intambara byayo

Umutwe wa Hezbollah ushyigikiwe n’igihugu cya Iran wamuritse ibimodoka bya gisirikare bitwara ingabo byakorewe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibimodoka by’intambara by’imitamenwa byakorewe mu Burusiya mu karasisi wakoreye muri Syria, ariko abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakaba bavuga ko batazi uko uyu mutwe wabonye izi ntwaro. [ad id=”44145″] Amashusho y’aka karasisi kabereye […]

Abo mu muryango wa Kigeli V Ndahindurwa amaherezo barakizwa n’inkiko

Ese koko umuco nyarwanda uvuga ko iyo umwami w’igihugu atangiye ishyanga ari naho atabarizwa umugogo we udashobora gucyurwa mu Rwanda? Ibi ni bimwe mu byatangajwe na mushiki wa Kigeli Ndahindurwa witwa Speciose Mukabayojo uba muri Kenya ubwo yabazwaga n’umwishywa we, Gerald Rwigemera, ibijyanye n’aho umwami azatabarizwa, ariko akaba yaraje kwisubira nyuma avuga ko we icyo […]

Kamariza, umukobwa ushaka umukunzi ufite gahunda (Fungura ubone nimero ze)

Muraho bakunzi buru rubuga, nje hano nshaka inshuti ufite gahunda pana ibyo gukina, nd’umukobwa, imyaka 28, ndimunini bidakanganye,ntakazi mfite, uwumva afite gahunda agomba kuna afite urukundo nyarwo, imyaka guhera 29 kugeza 40, kuba ari VIH+ kuko twaba duhuje aho yabatuye ntacyo, ampamagare tuvugane 0784496453 ,ok mbaye mbategereje Imana nibane namwe. Niba nawe ushaka umukunzi twandikire […]

Gisagara: Hatangijwe Panafrican Movement mu karere

Kuri uyu wa gatanu 18/11/2016 habaye inama ku Karere yo gutangiza Panafrican Movement. Inama yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara, RUTABURINGOGA Jerome. Umushyitsi mukuru yari Dr NKULIYINGOMA James akaba ari Komiseri ushinzwe itangazamakuru, ubugeni n’umuco . Inama yitabiriwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, ab’Utugari, abayobozi b’ibigo by’amashuri, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’ibitaro, abahagarariye amadini n’amatorero, Inzego z’umutekano, abahagarariye Inama […]

Haribazwa icyo abakomando bagera mu 5,000 ba Uganda bakora muri Congo Inteko itabizi

Iperereza riravuga ko hari ingabo zo mu gisirikare cya Uganda (UPDF) bari mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Iki kibazo kikaba giherutse kuzamurwa na depite Godfrey Katusabe. [ad id=”44145″] “ N’iki bari gukora muri Congo nta ruhushya rw’inteko ishinga amategeko? Ibintu nk’ibi nibyo ntandaro y’ubwimvikane bucye hagati y’ibihugu ,” […]

Abanyarwanda batagira aho babarizwa mu bitabo by’irangamimerere bagiye gufashwa kwandikwa – MINALOC

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko Abanyarwanda batagira aho babarizwa mu bitabo by’irangamimerere bagiye gufashwa kwandikwa kuko ari uburenganzira bwabo. [ad id=”44145″] Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yijeje Abanyarwanda ko ntawuzabuzwa uburenganzira biturutse ku mateka mabi igihugu yatumye abantu bamwe batandikwa mu bitabo bya Leta by’irangamimere. Mu kiganiro zagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu, minisiteri y’ubutegetsi […]

Tour du Rwanda: Umunyarwanda, Valens Ndayisenga yegukanye agace ka 6 (Musanze-Kigali)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2016, umunyarwanda Valens Ndayisenga yegukanye agace ka 6 mu irushanwa Tour du Rwanda 2016, akoresheje amasaha 2, iminota 20 n’amasegonda 38. Urugendo barutangiriye i Musanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu barusoreza kuri stade i Nyamirambo, mu mujyi wa Kigali. [ad id=”44145″] Felix, umutoza wungirije w’ikipe […]

Guinea Bissau: Hashyizweho Minisitiri w’Intebe wa 5 mu mwaka umwe

Igihugu cya Guinea Bissau cyashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya wa Gatanu mu mwaka umwe kuri uyu wa Gatanu mu gihe iki gihugu cyakunze kurangwa no guhirika ubutegetsi gihanganye no kwikura mu bibazo bya politiki kirimo. Iteka rya perezida rikaba ryagize Minisitiri w’Intebe Umaro Mokhtar Sissoco Embalo wahoze ari Brig. Gen. n’umujyanama wa perezida ndetse akaba yaranabaye […]

Ku myaka 73 y’amavuko, yabeshyewe ko yasambanyije ingurube

Sharon Hamilton, w’imyaka 54 y’amavuko ndetse unazwi mu ruhando rwa film, nyuma y’inshuro nyinshi agezwa imbere y’urukiko byaje kurangira ahanishijwe amande y’amapawundi ibihumbi 230 azira kubeshyera umusaza w’imyaka 73 gusambanya ingurube. [ad id=”44145″] Anton Barkhuysen, w’imyaka 73 niwe wabeshyewe kurongora ingurube akaba ari umuturanyi wa Sharon wamuharabitse, biturutse ku makimbirane bari bafitanye amaze igihe kirekire, […]

IBUKA irishimira iyoherezwa mu Rwanda ry’abakekwaho uruhare muri jenoside igasaba u Bufaransa kwikosora

Kuri uyu wa Gatanu IBUKA yishimiye iyoherezwa mu Rwanda ry’abantu bakekwaho uruhare muri jenoside riherutse ry’abitwa; Jean Claude Seyoboka uhertse kuvanwa muri Canada, Claude Iyamuremye na Jean Baptiste Mugimba bakuwe mu Buholandi, na Leopold Munyakazi wakuwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aba bose uko ari bane bakaba bararwanye urugamba rwo kutoherezwa mu Rwanda imyaka […]

Abasirikare b’urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)

Iki ni igice cya kabiri cy’abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y’iminsi ibiri gusa igice cya mbere nacyo gitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com. Kuri uyu munsi twakwibaza mbere na mbere ku musirikare benshi bazi Nobel Mayombo , uyu ni umusirikare wa Uganda wapfuye mu 2007, urupfu rwe […]

YPO igiye gutangiza isomero kuri internet ryunganira iryo u Rwanda rwari rufite

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakiriye itsinda ryo mu muryango w’abayobozi bakiri bato uzwi nka Young Presidents’Organisation riri mu Rwanda kuva kuwa 12 Ugushyingo. Iri tsinda rikaba rigizwe n’abantu 17 baturutse mu Bihugu Byunze Ubumwe ryo by’Abarabu (UAE), Australia, Israel, Scotland, Hong Kong, Leta Zunze ubumwe za Amerika n’u Rwanda. [ad […]

Abapolisi 20 barangije amahugurwa y'ubugenzacyaha bwifashisha ubuhanga mu binyabuzima

Abapolisi 20 bakorera mu bugenzacyaha, ejo barangije amahugurwa y’ibyumweru bitatu ku bugenzacyaha bwifashisha ubuhanga mu binyabuzima. [ad id=”44145″] Aya mahugurwa yabereye mu ishuri rikuru rya Polisi(NPC) ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Maastrich mu Budage hamwe n’umuryango EP-Nuffic ushinzwe uburezi ku rwego mpuzamahanga mu Budage. Asoza ayo mahugurwa, umuyobozi wa NPC, Commissioner […]

France: Uwagiye gushinjura Capt. Pascal Simbikangwa yarushijeho kumuta mu mazi abira

Mu rubanza rw’ubujurire rwa Capt. Pascal Simbikangwa mu Bufaransa, umutangabuhamya yagize atya arushaho kumushinja azi ko arimo kumurenganura ubwo yavugaga ukuntu muri jenoside yamurokoye inshuro 3 zose bikaba byarushijeho gushimangira ububasha uyu mugabo ushinjwa uruhare muri jenoside yari afite icyo gihe nubwo yakunze kuburana avuga ko nta bushobozi yari afite. [ad id=”44145″] Pascal Simbikangwa, wahoze […]

Umubano wa Obama na Angel Markel washoboraga gutera umugore we gufuha (AMAFOTO)

[ad id=”44145″] Abakurikiranira hafi ibihe byiza byiza byaranze perezida w’Amerika n’igikomangoma cy’Ubudage Angel Markel bemeza ko uburyo aba banyapolitiki bagiye bagirana urugwiro byashoboraga gutera Michelle Obama gufuha iyo ataza kuba afuha nk’abandi bagore. Barack Obama mu ruzinduko aherutsemo mu Budage nka perezida w’Amerika, Obama yatangaje amagambo yo gutaka igikomangoma cy’Ubudage agaragaza ko ari inshuti z’akadasohoka […]

Wema Sepetu mu buriri asomana n’umusore- REBA AMAFOTO

Wema Sepetu, umukobwa ukomoka muri Tanzania wamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi Diamond, kuri ubu yongeye kuvugwaho byinshi kubera video arimo ari mu buriri asomana n’umusore. Ibinyamakuru byo muri Tanzania bitangaza ko umusore wasomanaga n’uyu mukobwa ari uwitwa Kalisah, bikagaragara ko ibyo bakoraga byose bari mu buriri. Sepetu akaba yongeye kugaragara ari mu munyenga […]

Tanzania: Umuhanzi TID aravuga ko umuziki wabo umaze kwangirika

Umuhanzi TID umaze igihe mu muziki wo mu gihugu cya Tanzania (Bongoflava), aravuga ko uyu muziki wataye indangagaciro zawo bitewe n’abahanzi baza bigana injyana zo mu bindi bihugu. [ad id=”44145″] Ubwo yagiranaga ikiganiro na Radio EFM kuri uyu wa Kane, TID yavuze ko ubusanzwe Bongoflava yari ishingiye ku ruvange rwa hip hop na RnB. TID […]

Leta y’u Burundi yongeye gutungwa agatoki ko yica ikanabangamira abarwanya Leta

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, wasohoye icyegeranyo nyuma y’ubushakashatsi bw’imyaka ibiri wakoze, kigaragaza ko Leta y’u Burundi ikora iyicarubozo ku batavuga rumwe nayo, icyo bo bita ko ari ibimenyetso bya jenoside. Aba bashakashatsi ba HRW bavuga kandi ko buri wese ucyekwaho gukorana n’abarwanya Leta, afatwa akagirirwa nabi n’ubutegetsi buriho mu Burundi. [ad id=”44145″] Iki cyegeranyo […]

NEP/Kora wigire: Uturere tutarubaka udukiriro twasabwe kubikora bwangu

Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku bahawe amahugurwa n’ibihembo ku barushije abandi gushyira mu bikorwa gahunda ya NEP/kora wigire wabereye kuri sitade amahoro kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2016 uyobowe na Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi, yasabye urubyiruko kwitabira kwikorera anasaba uturere gushyira ingufu mu bikorwa bifasha abantu kwihangira imirimo. Gahunda ya NEP/Kora Wigire yatangijwe mu […]

New York: Abaturage basibye amazina ya Trump ku nyubako zose mu mujyi

Nyuma y’iminsi micye Donald Trump atorewe kuyobora Amerika, mu mujyi wa New York abaturage bamaze gusiba amazina yose ya Donald Trump ku nzu iyo ariyo yose yari iriho ayo mazina mu mujyi. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muri Amerika, ngo ibi byakozwe mu buryo bw’imyigaragambyo kuko banahereye ku nyubako za Trump […]

Abanyarwanda 34 bagiye gushaka inka yabo yibwe ikajyanwa muri Congo bagaruwe amara masa

Ubuyobozi bushinzwe abinjira n’abasohoka mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuri uyu wa Kane bwahambirije Abanyarwanda 34 bavugwaho kuba barambutse umupaka mu minsi 4 yabanje mu buryo bunyuranyije n’amategeko. [ad id=”44145″] Nyuma yo kuvumburwa n’inzego z’umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aba Banyarwanda bahise bashyikirizwa uru rwego rushinzwe abinjira n’abasohoka hari na bamwe mu bakozi […]

Tour du Rwanda 2016 Etape ya 5 ntiyagendekeye neza abanyarwanda

[ad id=”44145″] Urugendo ruva mu Karere ka Muhanga rwerekeza I Musanze rwashoje abanya-Eritrea basize abanyarwanda, Eyob Medkel yabashije kugabanya ibihe yasigwaga na Valens Ndayisenga ibintu bitanamunejeje n’ubwo bose bakinana mu ikipe imwe ya Dimension Data yo muri Afrika y’Epfo. Urugendo rwaturukaga Muhanga rwerekeza I Musanze rufite ibirometero 125 na metero 800, muri uyu muhanda umunya […]

Ibitaro byitiriwe Umwami Faysal byahawe igihembo cy'imitangire myiza ya serivisi

Ikigo gishinzwe gutanga ibihembo hagendewe ku mikorere y’ibitaro COHSASA, gikorera muri Afurika y’Epfo cyahaye igihembo Ibitaro byitiriwe umwami Faisal kubera imitangire myiza ya serivisi bitanga nubwo abakigana basanga hari serivisi zikwiriye kunozwa kurushaho. [ad id=”44145″] Abagana ibitaro byitiriwe umwami Faisal bikorera mu Mujyi wa Kigali bashimira serivise bahabwa ariko bagasanga hari ibikwiye kwitabwaho kugira ngo […]

Amerika irasabira Sudani y’Epfo kubuzwa kugura intwaro u Burusiya ntibubikozwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa kane zakwirakwije mu banyamuryango 15 bagize Akanama k’Umutekano ka Loni umushinga w’umwanzuro usabira Sudani y’Epfo gufatirwa ibihano mu bijyanye no kugura intwaro mu gihe umuyobozi muri Loni aherutse no gutangaza ko muri iki gihugu hashobora kwaduka ubwicanyi bushingiye ku moko cyangwa se jenoside. [ad id=”44145″] Amakimbirane ya […]

Haravugwa ubucukike mu magereza yo mu Rwanda, MINIJUST ifite umuti

RCS ntiyiyumvisha impamvu imfungwa n’abagororwa biyongera aho kugabanuka, Inkiko ziravuga ko ahubwo hari n’abandi bagomba gufungwa, Minisiteri y’ubutabera niyo ifite umuti witezweho kurandura ubu bucukike. Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa ruravuga ko kuri ubu mu magereza hari ubucukike mu gihe rwizeraga ko ubu bucukike bwakabaye ahubwo buri gushira, Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yo ivuga ko impamvu […]

Mozambique: Abasaga 73 bahitanywe n’inkongi y’umuriro

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 4 tariki ya 17 Ugushyingo 2016, abaturage basaga 73 bo mu gace ka Caphiridzange muri leta ya Mozambique bahitanywe n’inkongi y’umuriro mu gihe abasaga 100 bakomerekeyemo bikabije. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa na BBC, ngo iyi nkongi yatewe n’imodoka yari itwaye ibitoro yafashwe n’inkongi na nubu abantu bataravuga rumwe ku […]

Malawi: Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yahaye ruswa Polisi iramurekura

Polisi yo muri leta ya Malawi irashinjwa guta muri yombi umuntu ufite inkomoko yo mu Rwanda ukekwaho kuba yaranakoze Jenoside yo mu 1994, yarangiza agahindura amazina ku byangombwa bimuranga mu buryo bwo kwiyoberanya yarangiza ikamurekura nyuma y’uko uyu mugabo ayihaye ruswa. [ad id=”44145″] Nk’uko byatangajwe na Senior Assistant Commissioner of Police (SACP) Emmanuel Soko, ngo […]

Ruhwa: Abapolisi b’Abanyarwanda n’Abarundi bari bakozanyijeho habura gato

Urujya n’uruza ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda ahazwi nko ku Ruhwa, kuva kuri uyu wa Gatatu nta muntu wari wemerewe kuhakoresha ajya cyangwa ava mu Burundi cyangwa mu Rwanda nyuma y’aho abapolisi b’ibihugu byombi baherutse kugirana ubwumvikane bucye ndetse bagashaka gukozanyaho. [ad id=”44145″] Intandaro y’uku kutumvikana hagati y’abapolisi b’Abarundi n’aba Banyarwanda bacunze imipaka ngo […]

Abakurikiye amahugurwa ku Masezerano ya Kigali yo gutabara abasivile mu ntambara bahakuye imihigo mishya

Amahugurwa Mpuzamahanga ajyanye no gushyira mu bikorwa amasezerano ya Kigali ku gutabara abasivile mu ntambara yashojwe kuri uyu wa Gatatu mu Ishuri ry’u Rwanda ryigisha amahoro riherereye mu karere ka Musanze. Aya mahugurwa yari amaze icyumweru yitabiriwe n’abasirikare, abapolisi n’abasivile bose hamwe 36 baturutse mu bihugu 14 harimo ibyo ku mugabane w’Afurika kongeraho Amerika hamwe […]

U Butaliyani: Birakekwa ko Abimukira basaga 100 bapfuye nyuma y’aho ubwato bwabo burohamye

Abimukira 6 bapfuye mu gihe abasaga 100 baburiwe irengero hakaba hakekwa ko nabo bapfuye nyuma y’uko ubwato barimo burohamiye mu Nyanja ya Mediterane kuri uyu wa kane nk’uko byatangajwe na perezida w’ishami ry’Abaganga batagira umupaka (MSF) mu Butaliyani. [ad id=”44145″] Ubwato bw’igisirikare cyo mu mazi cy’u Bwongereza bwabashije gutabara abantu 27 ndetse bubona imirambo 6 […]

Rwamagana: Mu mezi abiri hafashwe ibiyobyabwenge birimo ibiro 115 by’urumogi

Kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2016 nibwo ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’abaturage batuye muri aka karere bakoze igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byafashwe mu gihe cy’amezi abiri, hanatangirwa ubutumwa bwo guhwitura abaturage Ibiyobyabwenge byangijwe birimo ibiro 115 by’urumogi na litiro 160 za Kanyanga. Icyo gikorwa kitabiriwe na Polisi y’u Rwanda, abayobozi b’inzego z’ibanze , Urwego rw’Ubushinjacyaha […]

Kamonyi: Batatu bafatanywe ibihumbi 20 by'amafaranga y'u Rwanda y’amiganano

Hangimana Pancras w’imyaka 29, Mutabazi Innocent w’imyaka 34 na Nkuruzino w’imyaka 29 bafatiwe mu kagari ka Rugarama, umurenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi ku italiki 15 Ugushyingo, bafite ibihumbi 20,000 by’amafaranga y’u Rwanda y’amiganano. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) AndrĂ© Hakizimana yavuze ko aba […]

U Burundi mu nzira yo guhindura Itegekonshinga Nkurunziza agategeka ubuzima bwe bwose

Mu gihe hashize iminsi mike bitangajwe ko hari inama yabaye mu mwaka wa 2014, yika ukuntu perezida Nkurunziza yazaguma ku butegetsi kugeza igihe azumva arambiwe, ubu Leta y’u Burundi irimo kwiga uburyo itegekonshinga ryahindurwa. Mu nama Perezida Nkurunziza yagiranye n’Abaminisitiri ku wa Gatatu tariki ya 16 Ugushyingo 2016, bagarutse cyane ku kwiga ku ikipe igomba […]

Gicumbi: Abanyeshuli bimwe ibiryo kandi bagomba gukora ikizamini cya Leta

Mu karere ka Gicumbi, abanyeshuli 101 bo mu kigo cy’amashuli yisumbuye cya Kageyo bari bari mu bizamini bisoza amashuli 6 yisumbuye, bavuze ko barajwe ubusa mu ijoro ryo ku wa 16 Ugushyingo kandi bwari bucye bakora ibizamini. Uretse kuburazwa aba banyeshuli banavuga ko bunacyeye ku wa Kane mu gitondo nabwo babujijwe kunywa igikoma, bakavuga ko […]

RDC: Samy Badibanga niwe Perezida Kabila yagize Minisitiri w’Intebe

Kuri uyu wa Kane Tariki ya 17 Ugushyingo 2016, nibwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila yagize Samy Badibanga, Minisitiri w’Intebe nyuma y’iminsi mike uwari usanzweho yeguranye na guverinoma yose. Ibi byatangajwe kuri televiziyo y’igihugu ko uyu mwanya uhawe Samy Badibanga, ndetse ko ari itegeko rigenwa na Perezida wa Repubulika, uyu mugabo […]

Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA

Virusi itera SIDA izwi nka HIV imaze imyaka 33 ivumbuwe n’abashakashatsi bo mu kigo cyo mu Bufaransa[ Institut Pasteur de Paris-France] mu gihugu cy’u Bufaransa bari bayobowe na Profeseri Luc Montagnier n’itsinda ry’abashakashatsi bari bafatanyije. Mu ntangiriro iki cyorezo cyoretse imbaga itabarika ,kandi byasaga n’ibigoye kwita ku bahuye nacyo kabone nubwo n’ubu ubwandu bwa SIDA […]

Amanota yahawe DASSO yatumye bamwe bakemanga ubushakashatsi bwa RGB

Bamwe mu baturage bamenye ko urwego rwa DASSO ruri ku kigereranyo cya 86.1% mu kwizerwa n’abaturage mu mikorere batangaje uru rwego batarwemera mu mikorere, ibi byatumye bakemanga uburyo bwakoreshejwe mu bushakashatsi bwa RGB bavuga ko ababukoze baba batarababajije abagenerwa bikorwa. RGB iherutse gushyira ahagaragara ubushakashatsi bwerekana uko Abanyarwanda babona imikorere y’inzego z’ubuyobozi mu kubagezaho serivise, […]

Ese induru n’akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari?

Ibitaro bya Muhima ni bimwe mu bitaro bikomeye byo mu mujyi wa kigali. Ibi bitaro bivugwaho ibikorwa bitandukanye byagiye biyihesha isura itari nziza guhera mu myaka yashize, ariko byaje kugaragara ko aho kugira ngo byikosore ahubwo byarushijeho kwiyongera. [ad id=”44145″] Mu myaka ya 2014 na 2015, ibi bitaro byahombye miliyoni zisaga 10 z’amafaranga y’u Rwanda. […]

Burundi: Abo mu bwoko bw’Abatutsi bagize amakenga yo kwiyandikisha mu gisirikare

Mu gihe igikorwa cyo kwiyandikisha kwinjira mu gisirikare cy’u Burundi kigeze ku musozo, kugeza magingo aya abo mu bwoko bw’Abatutsi ngo ntabwo biyandikishije nk’uko byari bisanzwe. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Baratuza Gaspard niwe utangaza ya makuru akaba avuga hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo kwiyandikisha birangire ariko Abahutu bakaba aribo biyandikishije ku bwinshi. [ad […]

Tour du Rwanda: Umunyarwanda, Areruya Joseph niwe wegukanye Etape ya 4

Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Ugushyingo 2016, umunyarwanda Areruya Joseph niwe wegukanye etape ya 4 y’irushanwa “Tour du Rwanda 2016”, abakinnyi bakaba baturutse i Rusizi basoreza i Huye, bakoze ibirometero 140. Akimara kwegukana intsinzi y’uyu munsi Areruya yagize ati: “ndishimye cyane kuba ntsinze [yahagira cyane], gusa ni byiza nubwo bwose uyu munsi wari […]