Iyo Uganda iba imfasha, ntibaba bari ku butegetsi â Kayumba Nyamwasa
Gen. Kayumba Nyamwasa urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda yahakanye ibivugwa ko ahabwa ubufasha na Guverinoma ya Uganda, avuga ko iyo biba bimeze gutyo, Guverinoma yâu Rwanda iba itari ku butegetsi ubu. Gen. Kayumba Nyamwasa aheruka mu Rwanda mu 2010 ubwo yahungaga amaze gushyingura nyina. Bivugwa ko yatumijwe na Biro Politiki yâishyaka FPR ngo yisobanure ku byaha […]
Waremanywe DNA yâ Imana, biguhesha kuba usobanutse
Abafeso2:10 â Kuko turi abo yaremye ituremeye imirimo myiza muri Kristo Yesu, iyo Imana yiteguriye kera kugirango tuyigenderemoâ Ijambo DNA ni incamake yâijambo ryâ Icyongereza ryitwa â DEOXYRIBONUCLEIC ACID. DNA ikaba yerekana inkomoko yâ Umuntu cyangwa ikintu. Iyo umaze guhinduka icyaremwe gishya uhita uhabwa indi DNA yo mu urwego rwo hejuru kuko iba isumba kure […]
Hon. Sebaba muri Nyungwe : Kubera iki igisubizo cyaba intambara cyangwa kumena amaraso
Muraho nshuti zanjye nkunda mwo kabyara mugaheka, mugahinga , mugasarura, mugatunga mugatunganirwa? Ni mugire amahoro nâumutekano kandi mbahaye amashyo! Burya koko amatage ni mabi kuko nari mbakumbuye mwese ariko cyane cyane Semahoro, Nyiramahoro, Mahoro, Shyaka, Mbaraga, Rwamakuba, Semakuba, Byago, nâabandi mwese ntavuze. Ndabizi urukumbuzi rwari rwose ariko kubera ikibazo cyâitumanaho nabuze uko mvuza umwirongi ngo […]
Kinshasa: Urubyiruko rushyigikiye Martin Fayulu rwamusabye kutazitaba urukiko
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu i Kinshasa habyukiye imyigaragambyo yâurubyiruko rushyigikiye umunyapolitiki Martin Fayulu rwamagana ikirego aherutse kuregwa cyo gushaka kuzana amacakubiri ashingiye ku moko. Uru rubyiruko ngo rukaba rwagaragaye ruzenguruka boulevard Lumumba ruririmba indirimbo zituka ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi. Uru rubyiruko rwiganjemo urwo mu gace ka Tshangu, mu burasirazuba bwa Kinshasa, […]
Baho nkâuzapfa ejo, wige kubaho nkâuzabaho iteka ryose- Gandhi
Mu nkuru zimaze iminsi zisohorwa na Bwiza.com, twagiye tubagezaho amwe mu magambo yuje ubwenge yavuzwe na Gandhi, umuhinde waharaniye ubwigenge bwâigihugu cye bakigobotora ingoma ya gikoloni yâabongereza. Ayo magambo yagiye ayageza ku baturage mu mbwirwaruhame ze mu bihe bitandukanye mu rugamba barimo rwâamahoro bitarimo intambara nâihohotera ryâikiremwamuntu. Jya ubaho nkâuzapfa ejo, gusa wige nkâuzabaho iteka […]
Litiro ya lisansi i Kigali yavuye ku Mafaranga 1013 igera ku 1096
Guhera kuri uyu wa gatandatu, itariki 04 Gicurasi 2019, igiciro cyâibikomoka kuri peteroli cyahindutse nkâuko byatangajwe nâUrwego Ngenzuramikorere (RURA)mu itangazo rwashyize ahagaragara. Igiciro cya lisansi i Kigali kuri ubu ntikigomba kurenza Amafaranga yâu Rwanda 1096 kuri litiro, mu gihe litiro ya mazutu i Kigali itagomba kurenza amafaranga yâu Rwanda 1091. Ni mu gihe ubusanzwe litiro […]
Koreya ya Ruguru yongeye kugerageza ibisasu bya missiles kuva mu 2017
Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyongeye kugeragereza ibisasu bya missiles biraswa bugufi mu Nyanja yâu Buyapani nkâuko bitangazwa na minisiteri yâingabo muri Koreya yâEpfo. Iri gerageza rishya rikaba ngo rishobora kongera umwuka mubi hagati yâiki gihugu na Leta Zunze Ubumwe za Amerika no gukoma mu nkokora ibiganiro bikomeje ku bitwaro bya kirimbuzi. Biravugwa ko ibisasu […]
Huye: Abahoze muri VUP ntibazi aho amafaranga ava mu bukode bwâinzu biyubakiye ajya
Abakecuru nâabasaza bahoze bahabwa inkunga ya VUP bakaza gusezererwa, bishyize hamwe bubaka inzu izabafasha ariko kuri ubu basanga ntacyo ibamariye kuko batazi aho amafaranga ava mu bukode bwayo ajya. Ni inzu igeretse rimwe, iherereye mu Murenge wa Mukura hafi yâibiro byâuyu Murenge ahantu ubona ko hakorerwa ubucuruzi buteye imbere. Bamwe mubaganiriye na RadioTv10 dukesha iyi […]
Umunyarwanda yarinze araswa agira ngo agurishe ibishyimbo bye muri Uganda
Umunyarwanda, Innocent Ndahimana yarasiwe ku mupaka wa Gatuna yatangaje ko yarashwe nyuma yo kwanga amabwiriza yâumupolisi wo mu Rwanda yo kutambuka, agamije kugurisha ibishyimbo bye ibiro 500 ku giciro avuga ko kiri hejuru ugereranyije no mu Rwanda. Uyu mugabo wâimyaka 41 yâamavuko afite umugore nâabana batanu kuri uyu wa 3 Gicurasi 2019, yatangarije Daily Monitor […]
Sudani: Umusirikare mukuru ntakozwa ko abasivili bagira ubwiganze mu nzibacyuho
Umutegetsi mukuru wo mu kanama ka gisirikare kari ku butegetsi muri Sudani yabwiye BBC ko aka kanama katazemerera abasivile kugira ubwiganze mu kanama k’ikirenga gateganyijwe kuyobora iki gihugu mu gihe cy’inzibacyuho. Liyetona Jenerali Salah Abdelkhalek yavuze ko kimwe mu byo akanama ka gisirikare gashobora kuba kakwigaho ari uko imyanya yasaranganywa mu buryo bungana hagati y’abasivile […]
Gishari : Hashojwe amahugurwa yo gutabara abari mu kaga
Kuri uyu wa 03 Gicurasi mu Ishuri rya Gishari Integrated Polytechnic (GIP) hashojwe amahugurwa y’abapolisi yaramaze ibyumweru bitatu yibandaga ku kuzimya umuriro no gutabara abantu baheze mu byuma bizamuka mu miturirwa . Ayamahugurwa yateguwe nâishuri rya IPRS Gishari kubufatanye nâikigo cyâabadage kigisha uburyo bwo gutabara abari mukaga (Strategic Fire Solutions) yari agizwe nâibice bibiri aho […]
Boeing 737: Urwishe ya mbwa ruracyayirimo
Indege ya Boeing 737 yakoze impanuka igwa mu mugezi wa St Johns,Florida, abantu 136 bari bayirimo nta numwe wapfuye kuko yaguye ahatari amazi menshi. Iyi ndege ya Boeing 737 yaguye muri uyu mugezi wa St. Johns River uri hafi yâumujyi wa Jacksonville muri Florida nyuma yo kugerageza kugwa ku kibuga cyâindege kuri uyu wa Gatanu. […]
Hafashwe abantu bakora magendu barwanya abapolisi umwe atorokera muri Uganda â CIP Rugigana
Igipolisi cyâu Rwanda mu Ntara yâAmajyaruguru kiranyomoza amakuru yagaragaye mu binyamakuru byo muri Uganda kuri uyu wa Gatanu avuga ko hari Umunyarwanda warashwe agerageza kwinjira muri Uganda arasiwe ku mupaka wa Gatuna, aho kivuga ko ahubwo uwo ari umwe mu gatsiko kâabantu benshi bari bikoreye magendu bayijyanye muri Uganda bagacakirana nâabashinzwe umutekano bagashaka kubarwanya. Ku […]
Burundi: Umuyobozi muri Polisi yishwe
Umuyobozi mukuru wa Polisi muri Komini Nyabihanga, Intara ya Mwaro yitabye Imana nyuma yo kuraswa nâagatsiko kâamabandi yari yitwaje intwaro. Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wa Minisiteri yâumutekano, Pierre Nkurikiye, avuga ko uyu muyobozi wa Polisi, OP1 Ndayikengurukiye Anicet yarashwe nâayo mabandi, ubwo abashinzwe umutekano barasanaga nayo. Akomeza avuga muri iyo mirwano Anicet yapfiriyemo, yanaguyemo amabandi abiri […]
Gatuna: Haravugwa Umunyarwanda warashwe agerageza kwinjira muri Uganda
Igipolisi cyâu Rwanda kuri uyu wa Kane cyarashe Umunyarwanda wageragezaga kwambuka ajya muri Uganda ku mupaka wa Gatuna nkâuko amakuru atangazwa nâibinyamakuru byo muri Uganda birimo Chimpreports avuga. Ibi ngo byabereye mu Kagali ka Rushaki B, ahitwa Nyinamuronzi, mu mujyi wa Katuna. Uwarashwe bivugwa ko yitwa Ndahimana Innocent ngo yarashwe ukuboko kwâiburyo nâabapolisi bâu Rwanda […]
Zari yasabiwe gutabwa muri yombi
Impirimbanyi akaba nâumwanzi gica wa Zari Hassan Tlale, Mange Kimambi yasabye ko Zari yatabwa muri yombi ighe yaba akojeje ikirenge muri Tanzania. Mambe ni we ushinjwa gukwirakwiza amashusho yâurukozasoni ya Zari mu ntangiro zâicyi cyumweru. Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mambe yavuze ko Tanzania idakwiriuye kwemerera Zari uri kwamamaza ibikoresho byâabana kugera muri iki […]
Pasiteri wafashwe asambana nâumugore wâabandi yireguje Satani
Pasiteri Tito Machibya wo muri Kenya, nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambana nâumugore wâabandi, yasabye imbabazi ashimangira ko ari Satani wamukoresheje ibyaha. Mu kiganiro yagiranye na EATV,  uyu mupasiteri yagize ati âNdakijijwe ubu, Murabizi mu minsi yashize nakoreshaga abantu amakosa, Shitani yarankoresheje nyobya abantu nkoresheje ijambo  ryâImana mu binyoma. Nari mfite akamenyero ko gukoresha ububasha […]
U Rwanda rwavuze ku mpungenge zâuko Abashinwa bakumviriza  Minisitiri wâIntebe
U Rwanda rwamaze impungenge abatekerezaga ko Ubushinwa bushobora kuzajya bwumviriza ibikorwa na Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente binyuze mu nyubako baherutse guha u Rwanda. Mu minsi mike ishize, Igihugu cyâUbushinwa cyashyikirije u Rwanda inyubako ifite agaciro ka miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika. Iyi nyubako izakoreramo Minisitiri wâIntebe nâizindi nzego za Leta. Impungenge ziriho ni uko […]
Hari abasirikare ba LONI batwitse ingofero zabo kubera isoni ubwo bavaga mu Rwanda jenoside irimbanyije â Hon. Gray
â Sinabona amagambo yo gusobanura uko bimera kubona igihugu gishiramo abaturage bacyo, igice kimwe kishwe ikindi cyahunze. Ariko nshobora kuvuga ko icyasigaye ari ikintu cyakozwe nâikibi hariya iminsi mikeya mbere ,â uyu ni umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Ecosse, Iain Gray wageze mu Rwanda nyuma ya jenoside. Biravugwa ko mu cyumba kiberamo impaka cyâInteko […]
Noherezayo abantu kuhahinga, uwo tuhaburana akoherezayo abantu kubatema- Uwarokotse jenoside uburana isambu
Bamwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutis mu 1994, bo mu karere ka Huye baravuga ko babajwe nâuburyo badashobora gukoresha amasambu yabo bitewe nâabayigabije, nyamara urukiko rwaramaze kubaha ibyangombwa byâuko bayatsindiye ariko kugeza ubu bakaba batayakoresha. Barasaba ko inzego zo hejuru zabafasha gukemura iki kibazo, kuko ntaho batageze mu nzego zâibanze ariko ntibikemurwe. […]
RDC: Inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zakozwe mu nda zishimuta abantu basaga 30
Inyeshyamba za ADF zigendera ku matwara ya Kiyisilamu, zikomoka muri Uganda, zagabye igitero mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zishimuta abaturage basaga 30. Umuvugizi w’igisiriakre cya Congo mu Ntara ya Ituri, Jules Ngongo yatangaje ko icyo gitero cyagabwa ku wa Gatatu tariki ya 1 Gicurasi 2019, muri gurupoma ya Tondoli, muri Kigwa/Tshabi, Teritwari […]
Leta ya Tanzania mu nzira yo gucyura ku ngufu impunzi zâAbarundi
Abayobozi batandatu bâama zone yo mu nkambi yâimpunzi ya Nduta ya mbere muri Tanzania, bavanwe ku kazi, bahorwa kudakangurira impunzi zâabarundi bayoboraga gutaha iwabo. Aba bayobozi bakuru birukanwe ku kazi nâabahagarariye Leta ya Tanzania muri iyi nkambi, ku wa Mbere wâiki cyumweru, abirukanwe bakaba ari abagabo batanu nâumugore umwe. Amakuru agera kuri RPA, avuga ko […]
#Urunana: Karemera umuhungu wa Nyirabazungu yavuze akamuri ku mutima, icyo yabwira Perezida Kagame baramutse bahuye
Amazina ye ni Nkurunziza Gaston, benshi bakaba bamuzi mu ikinamico Urunana ku izina rya Keremera, umuhungu wa Nyirabazungu, muri iyi minsi akaba arimo guteretana na Honorine, umukozi wo kwa Shyaka na muganga Devotha. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, Gaston yahishuye ko mu buzima busanzwe nta mukunzi ubu afite, akaba akiri ingaragu itaragira igitekerezo cyo […]
Uganda: Depite Robert Kyagulanyi wari umaze iminsi afunze yarekuwe byâagateganyo
Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) ukurikiranweho icyaha cyo kurenga ku mategeko agenga abadepite muri Uganda akaba yari afungiye muri Gereza ya Luzira, kuri uyu wa Kane yarekuwe byâagateganyo amaze gutanga amafaranga. Umucamanza wo mu Rukiko rwa Buganda Road, Esther Nahirya yamutegetse kwishyura miliyoni 1 yâamashilingi kugirango arekurwe. Abandi bantu batatu biyemeje kumwishingira nabo basabwe kwishyura […]
Rusizi: Batatu bakurikiranweho gutunda no gucuruza ibiyobyabwenge
Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi rwaburanishije mu ruhame abagabo batatu aribo Habiyambere Bosco, Munezero ThĂ©ogene na Nzeyimana Vedaste bose bakomoka mu karere ka Nyamagabe, bakurikiranyweho nâUbushinjacyaha icyaha cyo gutunda no gucuruza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwâurumogi. Nkâuko byasobanuwe nâUmushinjacyaha, ibi byakozwe ku mugoroba wo ku wa 10/04/2019, nyuma yâuko abaturage batanze amakuru, abaregwa bafatirwa mu mudugudu […]
RDC: Abasirikare babiri nâabaturage batandatu baguye mu mirwano hagati ya FDLR na FARDC
Abasirikare babiri ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nâabasivili batandatu, barimo abagore batatu bishwe abandi bantu benshi barakomereka mu mirwano yahuje FARDC nâinyeshyamba bikekwa ko ari zo mu mutwe wa FDLR ugizwe nâAbanyarwanda. Ni mu gitero cyagabwe kuwa Gatatu ushize ahitwa Rugari, muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu yâAmajyaruguru. Amakuru aturuka aha akaba avuga […]
Vuga amahoro ku bantu bâ Imana no ku gihugu cyawe
Mariko 4:39 â Akangutse Acyaha umuyaga abwira inyanja atiâ CECEKA TUZAâ Ni iki ukora iyo mu ubuzima bwawe butewe nâ ibibazo bigiye bitandukanye? Umunsi umwe Yesu yarari kumwe nâ Abigishwa be mu bwato mu nyanja. Hageraho Igihe umuraba waje ariko muri uwo mwanya Yesu yarasinziriye . Abagishwa be batangiye kugira ubwoba kubera ko Yesu yarari […]
Tanzania: Abapolisi babiri bari mu rukiko kuko umwe yananiwe gutera inda umugore wa mugenzi we
Mu gihugu cya Tanzania, umupolisi yahaye mugenzi we ikiraka cyo kumuterera inda umugore, kumbe nawe atabibasha. Ubu rurageretse mu nkiko ngo amusubize miliyoni ebyiri zâamashilingi, anamwishyure impozamarira ku mugore we yaryamanye amajoro 77. Ngo âGupfa utabyaye bitera agahindaâ. Umupilisi wo mu muhanda Darius Makambako yarambiwe kumarana nâumugore imyaka itandatu nta mwana, ahitamo guha ikiraka mugenzi […]
25 bashinjwa gukorana na FDLR bagejejwe mu rukiko
Urugereko rwihariye ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, rwatangiye kuburanisha itsinda ry’abantu 25 barimo abagore batatu baregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda. Bivugwa ko bari abayoboke b’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Bafashwe mu mwaka wa 2017, bakaba baregwa kwinjiza intwaro mu gihugu zivuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, […]
Nyamasheke/ Shangi: Umubiri w'uwishwe muri Jenoside washyinguwe mu cyubahiro
Uyu mubiri washyinguwe mu cyubahiro wabonetse mu mudugudu wa Ruzinga,akagari ka Mataba muri uyu murenge wa Shangi, mu murima wâumuturage bacukuru imiringoti mu rwego rwa VUP, abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo muri uyu murenge kimwe nâindi bihana imbibe yâicyahoze ari komini Gafunzo bagahamya ko kubera ubugome Jenoside yakoranywe muri aka gace hari imibiri myinshi itaraboneka […]
Australia: Habonetse inzoka ifite amaso atatu
Abashinzwe kubungabunga ubuzima bwâinyamaswa mu Majyaruguru yâigihugu cya Australia, batangaje babonye inzoka ifite amaso atatu n’umutwe umwe. Ni inzoka yiswe Monty Python, yabonwe ikurura inda mu muhanda wa kaburimbo, mu bilometero 40 uvuye mu Burasirazuba bw’Amajyepfo y’Umujyi wa Darwin, ni inzoka yari ikiri nto, kuko yari ifite uburebure bwa cm 40. Nkâuko ikinyamakuru Times Now […]
Major [Sankara] utarigeze aba umusirikare na rimwe mu buzima bwe ateye amatsiko- Ingabire Immaculée
Benshi barimo i mpirimbanyi mu kurwanya ruswa nâakarengane akaba nâUmuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, bavuga ko bafite amatsiko yo kureba Nsabimana Callixte uzwi cyane ku izina rya Sankara, wigambaga ko yafashe Nyungwe. Mu byifuzo yahuriyeho na bamwe mu bamukurikira ku rukuta rwe rwa Twitter, Ingabire ImmacuĂ©e yagize ati âMajor utarigeze aba umusirikare na rimwe mu […]
AS Kigali ni ikipe nziza, ubu nta kosa na rimwe twemerewe gukora- Rusheshangoga wa APR FC
Umukinnyi Rusheshangoga Michel wa APR FC atangaza ko biteguye neza ikipe ya AS Kigali, by’umwihariko ko nk’abakinnyi nta kosa na rimwe bemerewe gukora kugira ngo babashe kwegukana igikombe. Ikipe ya APR FC yakinnye n’ikipe ya Kiyovu Vs ku wa Kabiri w’iki cyumweru, umukino urangira amakipe yombi aguye miswi. Ubu APR FC ikaba yitegura AS Kigali […]
Uwemera nâubutunzi bwe
IGICE CYA MBERE Mu byumweru bishize, umuntu umwe yaranyegereye arambwira ati â Ndi umukirisitu mushya, si nzi icyo Imana insaba gukora mu bijyanye nâubutunzi. Ni gute nakwishyura umwenda? Ese wagira icyo wigisha kuri iyo ngingo? Uyu ni umwe mu banyegereye bambaza ku bijyanye nâubutunzi. Ku bwâibyo, ndashaka kugira ngo uyu munsi ngire icyo mbabwira ku […]
Impunzi zâAbarundi 50 zakiriwe muri Tanzania
Nâubwo Leta yâu Burundi itangaza ko umutekano umeze neza mu gihugu ndetse inakangurira impunzi zahunze gutaha mu gihugu, Leta ya Tanzania yakiriye izahunze igihugu zivuga ko zarambiwe itotezwa nâiterabwoba zishyirwaho nâImbonerakure. Ni impunzi 50 zahungiye muri Tanzania zivuye mu Burundi, zakiriwe na Leta yâiki gihugu ifatanyije nâAgashami kâUmuryango wâAbibumbye kita ku Mpunzi (UNHCR), izi mpunzi […]
Col. Muhawe wari umuyobozi wâinyeshyamba yishyikirije igisikare cya FARDC
Col. Muhawe Faustin wari umuyobozi wâinyeshyamba ( FDDH)/Nyatura yashyize intwaro hasi yishyikiriza igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu mpera zâicyumweru gishize nibwo yishyikirije igisirikare cya Leta mu gace ka Masisi, hamwe nâabarwanyi be basaga 60 nâimbunda zibarirwa muri 12. Umuyobozi wâingabo mu gace ka Masisi, Major Ndjike Kaiko Guillaume, aganira nâitangazamakuru ku wa […]
Uganda itewe ubwoba nâukwihuza kwa ADF na ISIS muri Congo
Hari amakuru avuga ko inyeshyamba za ADF, zirwanya ubutegetsi bwa Uganda nâumutwe wa  gisirikare uharanira ishyirwaho Leta ya kiyisilamu (ISIS) bamaze kugirana imikoranire. Ubusanzwe ADF mu ishyirwaho ryayo hashingiwe ku mahame ya kiyisilamu, ingingo ituma Uganda ibona ko iyi mitwe yombi igiye guhuza imyumvire maze ikayogoza iki gihugu. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko uguhuza […]
Icyo ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke buvuga ku mutekano wo muri Nyungwe
Ubuyobozi bwâAkarere ka Nyamasheke, mu Ntara yâIburengerazuba buvuga ko umutekano mu ishyamba rya Nyungwe wifashe neza cyane, ko abavuga ko inyeshyamba ryahigaruriye babeshya. Bitangajwe mu gihe inyeshyamba za FLN zirwanya Leta yâu Rwanda zatangarizaga ku bitangazamakuru mpuzamahanga ko byigaruriye iri shyamba, byâumwihariko na bimwe mu bihugu byâamahanga bikagira inama abaturage babyo baba mu Rwanda kwirinda […]
Agahinda kubazi Miss Bellange wapfuye abyara , benshi bagaragaje ibyo bamwibukiraho
Urupfu rwa Miss Bellange Irene Muhikira wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya UNILAK, aka yari nâumwe mu bazwi muri Gospel, kuko yari umwe mu baramyi muri Asamble de Dieu Gatsata, benshi mu bantu batandukanye bagiye bagaragaza agahinda basigiwe nâuyu mukozi wâImana upfuye akiri muto. Bamwe mubari bazi Miss Bellange bagize byinshi bavuga Gedeon Ndayishimiye Mupende ni […]
Kwibuka 25 ĂȘĆŸâ° Umuryango âDukundane Familyâ ugiye kwibuka Abatutsi bajugunywe mu kiyaga cya Mirayi
Tariki ya 4 Gicurasi 2019, Umuryango âDukundane Familyâ wateguye gahunda yo kwibuka ku nshuro ya cumi na gatatu Abatutsi bishwe bajugunywe mu mazi mu Kiyaga cya Mirayi. Iyi gahunda yo kwibuka izabera ku kiyaga cya Mirayi giherereye mu Mudugudu wa Gihanama , Akagali ka Biryogo, mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera. Mu gihe […]
Abana batatu bâAbahinde bishwe na gari ya moshi bari gufata selfie
Abana batatu bâingimbi mu gihugu cyâu Buhinde biciwe mu muhanda wa gari ya moshi barimo kwifata amafoto azwi nka selfie. Uwa kane yabashije kurokoka nyuma yo gusimbukira ahantu hatekanye mbere yâimpanuka yabereye mu Mujyi wa Panipat, muri Leta ya Haryana nkâuko igipolisi cyabitangarije AFP kuri uyu wa gatatu. Biravugwa ko aba bana bari bahuze barimo […]
Bobi Wine yeretse Museveni igihandure mu matora yo kuri Facebook
Umudepite wa Kyadondo yâIburasirazuba, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yanikiriye Perezida Museveni mu matora yabereye kuri Facebook. Aya matora yari agamije kureba ni nde watsinda ku mwanya wa perezida wa Repubulika ya Uganda mu matora abayateguye bavuga ko aciye mu mucyo. Ikinyamakuru Bigeye cyo muri Uganda ari acyo cyakoresheje aya matora, gitangaza ko abayagizemo […]
Zari avuga ko Diamond azahora ari umwanda imbere ye
Umuherwe Zari Hassan, umubyeyi wâabana batanu barimo babiri yabyaranye nâicyamamare Diamond Platnumz, avuga ko imbere ye azahora ari umwanda. Zari atutse Diamond bene aka kageni nyuma yâuko na we [Diamond] avugiye akari kamumaze iminsi ku mutima, nyuma yo gutandukana na we bari bamaze kubyarana abana babiri. Diamond aherutse gutangaza ko yatandukanye na Zari muri Gashyantare […]
Abanyarwanda 4% gusa nibo bafite ubumenyi ku mategeko â LAF
Ubushakashatsi bwakozwe nâihuriro ryâabatanga ubufasha mu byâamategeko (Legal Aid Forum) mu 2017 bwari bugamije kumenya uko abaturage bishimira serivisi bahabwa nâinzego zitandukanye zikora mu bijyanye nâubutabera ndetse no kureba ubumenyi bafite ku mategeko, bwagaragaje ko 4% gusa ari bo bafite ubumenyi ku mategeko. Ibi ni ibyatangajwe nâUmuyobozi nshingwabikorwa wa LAF, Me Andrews Kananga kuri uyu […]
Iyo yatutse u Rwanda abona amaramuko- Gen. Kabarebe avuga kuri Opozisiyo
Umujyanama wa Perezida  Kagame mu by’umutekano, Gen  James Kabarebe avuga ko nâubwo hari abavuga ko barwanya Leta yâu Rwanda, iyo bari iyo mu mahanga babeshejweho narwo. Gen Kabarebe yabitangarije mu muhango wo kwibuka inzirakarengane ziciwe mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, ubu akaba ari mu karere ka Rubavu, Intara yâUburengerazuba. Avuga ko abagifite umugambi mubi […]
Inzovu yamenye umugabo wayivuraga mu myaka 35 ishize
Peter Adams, umuganga wâinyamaswa wâUmwongereza yahuye nâinzovu yitwa  Kirsty yavuraga mu myaka 35 ishize, ihita imumenya, ibi bikagaragaza ko inzovu idapfa kwibagirwa vuba. Peter yakoraga muri pariki nto (zoo) yâi Neunkirchen, mu Budage kugeza mu mwaka wa 1987,  ariko nyuma aza kuhava. Abifashijwemo nâinshuti ye ituye i TrĂšves, Peter yaje kubona uko yongera kuvugana nâabaganga […]
Haruna Niyonzima yavuze ijambo ryakoze ku mutima wâubuyobozi bwâikipe ye
Umukinnyi wâUmunyarwanda ukina hagati mu Ikipe ya Simba yo muri Tanzania yasabye imbabazi abafana bâiyi kipe bitewe nâikarita yâumutuku yahawe mu mukino uheruka. Uyu mugabo yahawe ikarita itukura kuwa 27 Mata 2019 ubwo ikipe ye yakinaga na Biashara United ku kibuga cya Karume mu Mujyi wa Musoma. Haruna yahawe iyi karita bitewe nâikinyabupfura hafi ya […]
Uruganda rwâisukari rwa Kabuye rurasaba Leta kugira icyo ikora ku biciro byâisukari iva hanze.  Â
Uwizeye Joel ufite mu nshingano ibijyanye no kugurisha isukari yâuruganda rwa Kabuye, Kuri uyu wa 30 Mata, yatangaje ko urwo ruganda akoramo rwa Kabuye rubangamiwe cyane nâisukari ituruka hanze ihendutse kurusha iyo bakora. Uruganda rwa Kabuye ni rwo ruganda rumwe rukumbi rukora isukari mu Rwanda.Uwizeye Joel avuga ko Kugeza ubu rubitse ibihumbi byâimifuka yâisukari rwaburiye […]
Abadepite 11 ba NRM ntibakozwa kugira Museveni umukandida rukumbi mu 2021 na nyuma yaho
Itsinda ryâabadepite baturuka mu ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda ryitabaje Urukiko Rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga bamagana icyemezo cyo kugira Perezida Museveni umukandida rukumbi wâishyaka mu matora ateganyijwe mu 2021. Baravuga ko iki cyemezo kinyuranyije nâitegeko nshinga. Kuwa 19 Gashyantare nibwo Komite nshingwabikorwa yâishyaka NRM yemeje ko Perezida Museveni, ari nawe chairman wâishyaka, ari […]
Burundi: Haravugwa impagarara ku kuntu umukinnyi Papy Fatty agomba gushyingurwa
Nyuma yâaho Umukinnyi mpuzamahanga wâUmurundi wanakinnye mu Rwanda, Papy Faty, yitabye Imana kuwa 26 Mata 2019 nyuma yo kwitura hasi ari mu kibuga agahita apfa, biravugwa ko mu muhango wo kumushyingura havutse ubwumvikane bucye bamwe bashaka kumushyingura mu muco wa Kisilamu abandi batabikozwa. Biravugwa ko bamwe, biganjemo abakinnyi bâAbasilamu bakinanye mu Ikipe yâIgihugu nâAbasilamu bo […]
Amb. Nduhungirehe yannyeze Rusesabagina wavugaga ko Sankara arinzwe kandi yidegembya
Nyuma yâaho Leta yâu Rwanda itangarije ko ifite Sankara Callixte wigambaga kugaba ibitero mu Rwanda, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Nduhungirehe Olivier, yannyeze umunyapolitiki Paul Rusesabagina wavugaga ko Sankara ari ahantu arindiwe umutekano. Hari hashize ibyumweru bibiri bitangajwe ko Sankara yafatiwe mu Birwa bya Comores, ni byinshi […]
Tanzania: Impunzi yâUmurundi yishwe itemeshejwe umuhoro
Impunzi yâUmurundi yari mu nkambi yâimpunzi ya Nduta muri Tanzania yishwe mu mpera zâicyumweru gishize itemeshejwe umuhoro nâabantu bataramenyekana. Bitangazwa ko uyu mugabo yishwe ubwo yafataga icyemezo cyo kujya kwishakira inkwi zo guteka mu ishyamba yanga ko hajyayo umugore we ngo afatirweyo ku ngufu. Ikinyamakuru cya Radiyo RPA dukesha iyi nkuru gitangaza ko uwishwe yari […]
Polisi yerekanye umugabo ucyekwaho gucuruza ikiyobyabwenge cya Kokayine (Cocaine)
Kuri uyu wa 30 Mata 2019 Polisi yâ u Rwanda yerekanye umugabo yafatanye ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa kokayine (Cocaine) bipfunyitse mu dufunyika 14 buri kamwe gafite agaciro kâamadolari ya Amerika $100 Kokayine kimwe nâibindi biyobyabwenge biri ku isonga mu kwangiza ubuzima bwa muntu bityo Polisi yâu Rwanda ikaba yarashyize imbara nyinshi mu kubirwanya ndetse […]
Gen. Mugisha Muntu yasabye NRM kwitegura impinduka nkâiziheruka muri Zimbabwe na Sudani
Maj. Gen. Mugisha Muntu wahoze ari umugaba mukuru wâingabo za Uganda kuri ubu akaba abarizwa ku ruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi, yaburiye ishyaka NRM riri ku butegetsi aribwira ko rigomba kwitegura ibimaze iminsi biba mu bindi bihugu, aho abaturage bahagurutse bakirukana ku butegetsi abaperezida muri Sudani no muri Zimbabwe . Maj. Gen (Rtd) Mugisha Muntu yabwiye […]
Leta yâu Burundi yagaragaje inyeshyamba zâAbanyarwanda yafashe
Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 29 Mata 2019, intumwa zihagarariye inzego zitandukanye mu karere kâibiyaga bigari zirimo iza Monusco, SADC, Iza Leta yâu Burundi nâabandi, zeretswe inyeshyamba zirindwi zâAbanyarwanda zari zarahungiye i Burundi. Ni inyeshyamba zirindwi zari zifite intwaro, amazina yazo ni Pascal Uwimana, Claude Hategekimana, Jean Claude Harerimana, Jean Pierre Tuyizere, […]
RIB yasobanuye igihe nâimpamvu umuntu yafungwa adasurwa
Nta rwego na rumwe mu Rwanda rwemera ko hari ahantu hatazwi hashobora gufungirwa abantu. Urwego rwâIgihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwasobanuye icyo abantu bita gufungirwa ahatazwi, nâimpamvu byaba ngombwa ko umuntu afungirwa aho adasurwa. Kuri uyu wa 30 Mata 2019 Urwego rwâIgihugu rwâUbushinjacyaha RIB rwatangije ibikorwa byâubukangurambaga mu gihugu hose, ngo abaturarwanda barusheho kurumenya no gusobanukirwa […]
Hindura intekerezo zawe kugira ngo uneshe
Yobu 13:15 âNaho yanyica, napfa nyiringira. Nâubwo bimeze bityo, inzira zanjye nzazikomeza imbere yayo.â Ubuzima ni urugamba. Urugamba ni imbuto yo gukoresha intambara, uko byagenda kose, ukwiriye kuyitsinda. Yobu ni urugero rwiza rwâakababaro ka muntu. Yari asigaye akennye, abana be barishwe. Inshuti ze za hafi zamuciraga imanza. Ariko gutsinda byatumye imigisha ye yikuba kabiri Mugenzi […]
Mpora mvuga ko kuba muri opozisiyo bitavuze kuba umwanzi wâuwo mutabona ibintu kimwe- Ingabire Victoire
Umuyobozi wâIshyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda (FDU-Inkingi), Ingabire Victoire atangaza ko atumva impamvu rubanda rwatangajwe no kumubona mu bikorwa byâumuganda aganira na Min. Sezibera Richard nâabandi bayobozi. Ku wa 27 Mata wari umunsi wâUmuganda rusange usoza ukwezi kwa Mata, aho Abanyarwanda bose bakoze ibikorwa bitandukanye birimo; kubaka inyubako zitandukanye, gusibura imihanda nâibindi. Minisitiri wâUbubanyi […]
Uganda: Nyuma yâiminota mikeya agejejwe muri gereza, Bobi Wine yahise atorerwa kuba perezida
Nyuma yâakanya gato ageze muri Gereza ya Luzira, mu gihugu cya Uganda, Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yahise atorwa nâimfungwa zimugira Perezida wa Repubulika ya Luzira. Uyu ngo akaba yatsinze uwo bari bahanganye witwa Dr Bagendo umaze imyaka itanu afungiwe muri iyi gereza. Amakuru dukesha urubuga Nile Post aravuga ko imfungwa zari zateguye […]
Leta yâu Rwanda yemeje ko ifite Sankara wigambaga gufata Nyungwe
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Mata 2019, Leta yâu Rwanda  yemeje ifatwa rwa Sankara Callixte wigambaga kugaba ibitero mu Rwanda no gufata tumwe mu duce twâu Rwanda turimo na Pariki ya Nyungwe. Mu itangazo Urwego rwâIgihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasohoye, rwemeje ko rufunze Nsabimana Callixte uzwi cyane ku izina rya Sankara. Muri iri tangazo, […]