Umuyobozi Mukuru wa MTN Uganda yahambirijwe ku mpamvu z'ubusugire bw'igihugu
Mu gihugu cya Uganda hakomeje kuvugwa ihagarikwa rya bamwe mu bakozi ba MTN ku mpamvu ziswe izâumutekano wâigihugu babangamiye.Abantu banyuranye bakora mu bigo nâinzego zinyuranye bakomeje gufatwa, bamwe bagafunga abandi bakirukanwa muri Uganda, nabwo bagahabwa amasaha make ngo babe batakibarizwa ku butaka bwayo. Ikigo cyâitumanaho MTN ni kimwe mu byo ubutasi bwa Uganda bwabonyemo akabazo, […]
Kwipimisha SIDA ku bushake ntibiritabirwa ku gipimo gikwiye
Mu muhango wo kwizihiza umunsi Mpuzamahanga ngarukamwaka wâagakingirizo, abafashe ijambo bagaragaje ko hari benshi batariyumvisha ko kwipimisha Sida ari ingenzi ku buzima bwabo, bityo bagakangurirwa kwipimisha ngo bamenye uko bahagaze nâuko babyitwaramo baramutse basanze baranduye. Â Ibikorwa byo kuzirikna ku bubi bwa Sida no gukangurira abaturage kuyirinda byabereye mu murenge wa Ngoma, AKarere ka Huye, […]
Video: Alain Mukurarinda abona abahanzi bo mu Rwanda bataramenya uwo bahangira
Imbamutima ku baturage bo mu Ntara yâIburasirazuba, Amajyepfo bashimira RDO
Ku wa Gatatu tariki ya 13 Gashyantare 2019 , Umuryango RDO (Rwanda Development Organisation) mu mwiherero w’iminsi ibiri wahuje abakozi n’abafatanyabikorwa bawo, bishimira ibikorwa bitandukanye uyu muryango wakoze, ahanini bishingiye ku buhinzi, ibidukikije nâiterambere rirambye byakozwe mu myaka 24 ishize uyu muryango ushinzwe, hagaragajwe impinduka zabayeho zihurizwaho nâabaturage baturuka mu turere tumwe na tumwe two […]
50 Cent yatwitse imyenda ya Kompanyi ya Gucci yari atunze
Umuraperi 50 Cent  yatwitse imyenda yose ya Kompanyi ya Gucci yari atunze mu rwego rwo kwamagana ivangura ruhu ryakozwe nâiyi kompanyi. Kompanyi ya Gucci yari yasabye imbabazi ku kuba yarakoresheje umuntu wirabura mu kwamamaza ibicuruzwa byabo. Ibi abantu benshi babifashe nkâivangura rishingiye ku ruhu. [penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” […]
RDC: Abana 6 bavukana bapfiriye rimwe nyuma yo kugwirwa nâinzu
Abana batandatu bo mu muryango umwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu, itariki 13 Gashyantare bapfiriye rimwe bazize inkuta nâigisenge byâinzu byabagwiriye ahitwa Kananga, muri Kasai yo Hagati, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Se wâabana yakomeretse bikabije ajyanwa kwa muganga, naho nyina utari uhari abasha kurokoka iyi mpanuka. Inkuru dukesha Radio Okapi […]
Bisangabagabo wakozwe ku mutima na jenoside yiyemeje kuvana mu bukene urubyiruko
Nyuma yo gusoza amashuri ye muri Kaminuza Nkuru yâ u Rwanda mu ishami ryâ Uburezi nâ Ubukungu mu mwaka wa 2008, Bisangabagabo Kimenyi Dieudonne wavutse mu 1979, yihaye intego yo gufasha urubyiruko kwihangira imirimo. Mu rwego rwo kugera kuri iyi ntego yo gufasha urubyiruko, Â Bisangabagabo yahise ashinga umuryango CSDI/Rwanda kugira ngo arwanye ubukene bwugarije ahanini […]
Abandi Banyarwanda bajugunwe Kagitumba nyuma yo gukoreshwa imirimo ivunanye
Abanyarwanda batanu  bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba nyuma yâigihe muri gereza muri Uganda aho bakoreshwejwe imirimo ivunanye. Bavuga ko bari bamaze bafungiye muri gereza ya Ntungamo na Kasese, bivugwa ko hari abandi Banyarwanda benshi. Umwe muri aba, Felicien Ntigurirwa wo mu Karere ka Gatsibo, yavuze ko yagiye muri Uganda mu 2018 agiye gusura abavandimwe be, […]
Ambasaderi wâu Burundi aravuga ko EAC nidatumiza inama ku bibazo byabwo nâu Rwanda izagira ibibazo
Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) ngo ugomba gutumiza inama yo kugerageza gucyemura ibibazo byâimibanire mibi hagati yâu Burundi nâu Rwanda, naho ngo nibitagenda gutyo umwuka mubi hagati yâibi bihugu byombi byâibinyamuryango uzahagarika imigambi yâubukungu yâuyu muryango nkâuko Ambasaderi wâu Burundi mu Burusiya, Edouard Bizimana, yabitangarije ikinyamakuru Sputnik cyo muri iki gihugu. Mu mpera zâumwaka ushize, […]
Umupolisi yasambanyirije  umugore mu biro nyuma yo kumufatiraho imbunda
Polisi ya Kira mu Mujyi wa Kampala yataye muri yombi umwe mu bapolisi bakuru waguwe gitumo asambanya umugore witwa Hellen wâimyaka 19 wari ufite ibyaha akurikiranweho. Uwatawe muri yombi yitwa Langu usanzwe akorera kuri Sitasiyo ya Kirinya muri Bweyogerere. Inkuru dukesha Spyreports ivuga ko Hellen yafunzwe kuwa 9 Gashyantare 2019 ashinjwa guhohotera umukobwa we. Iyi […]
Jose Chameleone yaguriye umugore we inzu ihenze muri Amerika- AMAFOTO
Mu gihe hizihizwa Umunsi Mukuru wâAbakundanye (Valentine’s Day ), kuri uyu wa 14 Gashyantare, umuhanzi Dr. Jose Chemeleone wo muri Uganda, yashyize hanze amafoto yâinzu yaguriye umukunzi we, Danielle wamubyariye abana batanu. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda gitangaza ko iyi nzu Chameleone yayiguriye umugore we, mu gihe hashize iminsi mike we, umugore we nâabana bagiye […]
Uganda: Anthony Katamba uvugwaho uruhare mu iyirukanwa rya Tabura na bagenzi be yirukanwe muri MTN
Anthony Katamba, wari umwe mu bayobozi bakuru muri MTN-Uganda, wari unashinzwe ibibazo bijyanye n’amategeko, avuga rikijyana, yirukanwe azira amakosa atandukanye arimo kuba yaratanze amakuru yaviriyemo kwirukanwa ku butaka bwa Uganda bagenzi be b’abanyamahanga bakoranaga barimo Umunyarwandakazi Annie Tabura. Biravugwa ko umuyobozi Mukuru wa MTN-Uganda, Wim Vanhelleputte yirukanye Katamba nyuma yâaho kuwa Kabiri yahamagajwe nâurwego rushinzwe ubutasi […]
Urubanza rwa Wema Sepetu rugeze ahashobora kumugwa nabi
Urubanza rwâIcyamamare muri Sinema muri Tanzaniya, Wema Sepetu rugeze ahakomeye ahoagomba gusomerwa ibyavuye mu iperereza ryâibanze ku cyaha cyo gukwirakwiza amashusho yâurukozasoni. Kuwa 15 UKwakira 2018, Wema Sepetu yashyize hanze amashusho ari kumwe nâumukunzi we, Patrick bari mu buriri barimo kwishimisha. Ibi byatumye abayobozi benshi bo muri Tanzaniya bamaganira kure imyitwarire yâumukobwa ufatwa nka bandebereho […]
Kigali: Hibajijwe impamvu cyamunara yâuruganda rwâabo kwa Rwigara yajyanwe gukorerwa ku biro bya RRA
Urukiko rwâIbanze rwa Kacyiru, mu Mujyi wa Kigali rwaburanishije urubanza umuryango wo kwa Rwigara Assinapaul uregamo  Ikigo cyâIgihugu Gishinzwe Imisoro nâAmahoro (RRA) nâUmuhesha wâInkiko, Habimana Vedaste, urubanza rwagaragayemo impaka nyinshi ku mpande zombi, aho uwunganira uyu muryango yibajije impamvu cyamunara itabereye aho uruganda ruri. RRA nâUmuhesha wâInkiko, Habimana Vedaste bateje cyamunara ku wa 3 Ukwakira […]
Amajyaruguru: Hagiye kubakwa ikigo cyâubushakashatsi no kubungabunga ingagi zo mu birunga
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gashyantare 2019 mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze mu Ntara yâAmajyaruguru, habereye umuhango wo gushyira ibuye ryâifatizo ahagiye kubakwa ikigo kigezweho kigamije ubushakashatsi no kubungabunga ingagi nâurusobe rwâibinyabuzima byo mu Birunga, kitiriwe umunyamerikakazi Ellen DeGeneres. Uyu muhango witabiriwe nâAbayobozi batandukanye, barimo Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubukerarugendo mu Kigo […]
RDC: Haravugwa inyeshyamba zatangiye gusoresha abaturage no kubakoresha imirimo yâagahato
Abaturage bo mu duce twa Luibo na Lukweti muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kabiri ushize, itariki 12 Gashyantare, bamaganye ihohoterwa bakorerwa nâinyeshyamba zâumutwe wa NDC/RĂ©novĂ© uyoborwa nâuwitwa Guidon, aho bavuga ko izi nyeshyamba zibasoresha imisoro itemewe nâamategeko ndetse zikanabakoresha imirimo yâagahato bagasaba ubutegetsi […]
Gasabo/Karuruma: Ingabire Claudine waranguzaga urumogi yafatanwe udupfunyika 4100
Ku wa Kabiri tariki ya 12 Gashyantare 2019, mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafashe umugore wari ubitse udupfunyika 4 100 twâurumogi mu nzu ye. Akaba yafatishijwe nâuwari uvuye kumugurira utundi dupfunyika 100. Abafashwe ni Simba wâimyaka 41 yâamavuko wafatanwe udupfunyika 100 twâurumogi ,wahise unerekana aho yatuguze […]
Leta ya Uganda yemeye ko hari Abanyarwanda iherutse kwirukana ku bwâimpamvu zihariye idatangaza
Leta ya Uganda yahakanye amakuru avuga ko hari Abarundi baba bafite ibyangombwa byâinzira yangira kwinjira muri iki gihugu, ikemeza ko hari Abanyarwanda baherutse kwirukanwa ariko bitari ku bwâimpamvu zo kuba badafite ibyangombwa. Uwungirije umuvugizi wâigipolisi cya Uganda, Poly Namaye yemera ko hari umukozi wa MTN Uganda wâUmunyarwandakazi uherutse kwirukanwa hamwe nâumufaransa, ndetse ko hari nâabandi […]
Kamonyi: Abangavu barasabwa kujya batangira amakuru ku gihe yâababahohoteye
Mu bukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa Abagore nâabana mu karere ka Kamonyi, abana bâabangavu basabwe kujya batangira amakuru ku gihe yâababahohoteye kuko hari abaterwa inda bagahishira bityo bikabagiraho ingaruka zituma nâiri hohoterwa ridacika Mugabekazi Teta Georgette umwe mu bana batewe inda afite imyaka cumi nâirindwi avuga ko nubwo uwayimuteye bakivugana atigeze atekereza […]
Kylian Mbappe avuga ko imvune ya Neymar na Cavani idakwiye gutera ubwoba abafana ba PSG
Rutahizamu Kylian Mbappe wa Paris Saint-Germain yasabye ko “inkuru za byacitse” kuko abakinnyi Neymar na Edinson Cavani bavunitse zahagarara, nyuma yaho iyi kipe itsinze Manchester United ibitego 2-0 mu mukino wa Champions League wabaye ku wa kabiri. Ni umukino wabereye ku kibuga Old Trafford cya Manchester United. Neymar na Cavani bombi ntibari muri uwo mukino […]
Sudani yâAmajyepfo: Ibihumbi bitanu bavuye mu byabo nyuma yâimirwano yubuye
Abaturage basaga ibihumbi bitanu muri Sudani yâAmajyepfo bamaze kuva mu byabo bitewe nâimirwano yubuye mu mpera z’icyumweru hagati yâingabo za Leta nâinyeshyamba za Gen Thomas Cirillo. Umuryango wâAbibumbye wemeza aya makuru ko abaturage bari guhungira mu bihugu byâibituranyi birimo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi wâUmuryango wita ku mpunzi (HCR) muri iki gihugu, Babar Baloch […]
Félix Tshisekedi yatangarije Abanyamulenge ko ikibazo cyabo akizi kandi azagikurikirana
Perezida mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yatangarije Abanyamulenge ko ikibazo cyabo akizi kandi azagikurikirana. Yakira abakongomani baba mu gihugu cya Ethiopie ubwo yari yo yitabiriye Inama ya 32 yâAbakuru bâIbihugu bihuriye mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, mu mpera zâicyumweru gishize, nibwo bahuye bamugezaho ibibazo bafite. Nkâuko Umuyobozi wâImpunzi zâAbanyamulenge ziri […]
Ingabire Victoire yasabye Mushikiwabo gusaba leta gutanga amakuru ya visi perezida wâishyaka rye
Ingabire Victoire, Perezida wâIshyaka FDU-Inkingi ritavuga rumwe nâubutegetsi ariko ritemewe mu Rwanda, yasabye Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo, kugira icyo akora ku ibura rya visi perezida wâiri shyaka, Boniface Twagirimana, ubuyobozi bwâu Rwanda bwo bwemeza ko yatorotse gereza yari afungiyemo akurikiranweho ibyaha bifitanye isano no guhungabanya umutekano wâigihugu. Mu gitondo cyo […]
Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa ashaka cyane ko mukora imibonano mpuzabitsina
Ku bakobwa biragoye kugaragaza ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina, kabone nâubwo yaba abishaka cyane, abenshi usanga batinya gutobora ngo babivuge, ariko hari ibimenyetso ashobora kugaragaza abikwereka. Ubushake bwabo bwo gukora imibonano mpuzabitsina burya bukunze kuba bwinshi cyane mu gihe cyabo cyâuburumbuke. Ibi ni ibimenyetso bizakwereka ko yagize ubushake bwinshi Gutukura amaso Umukobwa ufite ubushake burenze, […]
 Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba Afurika yâEpfo yararuketse amababa mu rupfu rwa Col. Karegeya
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Dr Richard Sezibera, yagarutse ku bijyanye no kuba igihugu cye cyarashyizwe mu majwi ko hari isano hagati yacyo nâabishe Col. Patrick Karegeya. Mu kiganiro cyagarukaga ku ngingo ninshi zijyanye na dipolomasi yagiranye na Jeune Afrique, Minisitiri Sezibera yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu kibazo cya Karegeya. Yagize ati […]
Muri 2018/2019 RRA irateganya gukusanya imisoro ingana na miliyari 1373,06
Ikigo kâIgihugu kâImisoro nâAmahoro (RRA), kiratangaza ko mu ngengo yâimari yâuyu mwaka wa 2018/2019 icyo kigo gifite intego yo gukusanya miliyari 1373.06 zâamafaranga yâu Rwanda nkâuko byatangajwe kuri uuyu wa kabiri na Komiseri Mukuru Bizimana Ruganintwali Pascal mu kiganiro nâitangazamakuru. Komiseri mukuru wa RRA yavuze ko hazakumirwa icyabangamira umusoro uba ugomba kwinjizwa cyose, nko guca […]
Usher yarashweho ari muri sitidiyo
Umuhanzi Usher Raymond  yarashweho nâimbunda nto (pistol) ubwo yari muri sitidiyo ya Famous West Hollywood. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 12 Gashyantare 2019 . Ikinyamakuru TMZ kivuga ko harashwe amasasu asaga icumi. Ababibonye bavuga ko umugabo batamenye babonye ashoka muri sitidiyo agenda arasa inyuma ye. Abayobozi bo muri aka gace bavuga ko […]
Senegal: Hatangiye kumvikana imvururu zishingiye ku matora ataraba
Jandarumori ya Senegal yataye muri yombi abantu 24, barimo abagera kuri 20 bashyigikiye umukandida Issa sall, ndetse ifata nâintwaro nyuma yâimvururu zishingiye ku matora ataraba kuri ubu zimaze kugwamo abbantu babiri. Ubushyamirane bwadutse ahitwa Tambacounda mu birometero 420 mu burasirazuba bwâumurwa mukuru Dakar, hagati yâabayoboke ba Perezida Macky Sall nâabayoboke bâumukandida Issa Sall wâishyaka rihanira […]
Perezida Museveni yongeye gushinjwa gushaka kuzasimburwa nâumuhungu we ku butegetsi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni arashyirwa mu majwi ko arimo gutegura umuhungu we, Lt Gen Kainerugaba Muhoozi kuzamusimbura ku butegetsi. Mu cyumweru gishize, Perezida Museveni akaba nâUmugaba wâIngabo za Uganda (UPDF) yemeje izamurwa mu ntera ryâabasirikare 2,013 barimo nâumuhungu we, Muhoozi. Uyu asanzwe ari Umujyanama wa Se mu bijyanye nâibikorwa bya Gisirikare Bidasanzwe. Uyu […]
RDC: FARDC iravuga ko yivuganye inyeshyamba 4 za ADF ikanabohoza imbohe
Igisirikare cya Republika iharanira Demokarasi ya Congo kiravuga ko kivuganye inyeshyamba 4 za ADF ndetse kikabohoza nâabantu bane bari bafashwe bugwate nâuyu mutwe wâinyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Uganda. Ni mu gikorwa cya gisirikare cyabereye mu burasirazuba bâigihugu kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gashyantare. Umuvugizi wa FARDC muri Beni, Major Mak Hazukay, zakoze iki gikorwa […]
Uganda: Haravugwa indi dosiye ishobora kurushaho guteza ibibazo Gen Kale Kayihura
Uwahoze ari umukuru wâIgipolisi cya Uganda, Kale Kayihura, usanzwe afite urubanza atarakiranuka narwo mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare, yongeye gushyirwa mu majwi mu yandi mahano nyuma yâaho iperereza rihishuriye ko yasohoye mu buryo bunyuranyije nâamategeko akayabo ka miliyoni 500 zâamashilingi akagurira imodoka zihenze abahoze ari abunganizi be ba hafi mu gipolisi nta burenganzira yahawe nâInama […]
Amb. Nduhungirehe yaburiye Gen. Nabasa uvuga ko hari abashaka guhirika Museveni ku butegetsi
Umukuru wâabasirikare kabuhariwe barinda Perezida Museveni, SFC, Maj. Gen Don Nabasa yavuze ko hari abantu bashaka guhurika ubutegetsi bwa Perezida Museveni binyujijwe mu rubyiruko. Ibi Maj. Gen Don Nabasa ukuriye SFC yabivuze ku wa Mbere tariki ya 11 Gashyantare 2019. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga yâu Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe akaba yavuze ko […]
Nyamasheke: Abahinzi bâumuceri bakirije Minisitiri wâIntebe uruhuri rwâibibazo
Abahinzi bâumuceri bibumbiye muri koperative âDufatanye Kaganoâ iwuhinga mu gishanga cya Kamiranzovu mu karere ka Nyamasheke, batangarije Minisitiri wâIntebe, Dr Ngirente Edouard, ibibazo bafite birimo no kutagira amasoko yâumusaruro beza. Mu bibazo bavuga bafite ngo hari icyâigiciro gito bahabwa ugereranije nâingufu bashora mu buhinzi bwâumuceri, aho ayo umuhinzi afata mu ntoki ari 250 ku kilo […]
FARDC yashyikirije igisirikare cya Uganda abana babiri bari barajyanwe na se mu nyeshyamba
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashyikirije ku wa Mbere tariki ya 11 Gashyantare 2019, icya Uganda (UPDF) abana babiri bari barajyanwe na se mu nyeshyamba za ADF. Inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda, zikaba zimaze imyaka isaga 20 zirwanira muri Congo, aba bana bacyuwe iwabo ngo bakaba barishyikirije ingabo za FARDC ubwo […]
Uzwi nkâumuhanuzi yatangarije Perezida wa Ghana ko azapfa mu mezi atarenze atandatu
Kwabena Tawiah uzwi nkâumuhanuzi muri Ghana, akaba ari nâumuyobozi mukuru wâitorero âChurch of Rabbiâ yatangaje ko Perezida Nana Akufo-Addo ashobora kuzapfa mu gihe kitarenze amezi atandatu ari imbere. Kwabena Tawiah yahishuye ko bamwe mu barwanashyaka bâishyaka NPP riri ku butegetsi ndetse nâabâirya NDC batishimiye instinzi ye. Inshuti za hafi zâuyu muhanuzi zitangaza ko abantu benshi […]
U Bufaransa: Umunyarwanda Ange Robert yakoze indirimbo ihumuriza abana babaho mu  buzima bugoye
Umunyarwanda ukorera umuziki mu Bufaransa, Ange Robert Iraguha yashyize hanze indirimbo ihumuriza abana bose babayeho mu buzima bugoye abasaba kudatakaza icyizere no kurushaho kugumana ubumuntu mu mitima yabo. Muri iyi ndirimbo iri mu njyana ya Reggae yiseâ On The Runâ bishatse gusobanura umuntu uhora ahunga, umuhanzi Ange Robert  yishize mu mwanya wâ umwana utagira kivurira. […]
Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa
â Dufite inshingano zo kumenya ko urubyiruko rwa Afurika rushyigikiwe mu hazaza heza ku mugabane warwo. Ni inshingano zacu kuruha ubumenyi bwo guhangana no gutsinda ku rwego mpuzamahanga. Ibi bikwiye kuba intumbero yacu yâibanze kandi byakoreka â, ibi ni ibyatangajwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu nama mpuzamahanga ya za guverinoma (WorldGovSummit) iteraniye mu […]
Ibyâubutoza Jose Mourinho abishyize hasi yerekeza mu itangazamakuru
Televiziyo y’u Burusiya izwi nka RT yahoze izwi ku izina rya Russia Today, yatangaje ko JosĂ© Mourinho wahoze atoza ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza agiye kujya atangaza ikiganiro cye kuri iyi televiziyo. Byitezwe ko Mourinho, Umunya-Portugali w’imyaka 56 y’amavuko, azajya asesengura imikino ya Champions League muri iki kiganiro ku mupira w’amaguru kizajya kiba […]
Indonesia: Umunyatanzaniya yafatiwe ku kibuga cyâindege yahishe ikiyobyabwenge mu nda
Umugabo ukomoka muri Tanzania yafatiwe ku Kibuga cyâindege cya Bali muri Indonesia afite ikiyobyabwenge cya methamphetamine gisaga ikilo yari yahishe mu nda nkâuko byatangajwe nâabayobozi kuri uyu wa Kabiri. Abayobozi mu rwego rushinzwe abinjira nâabasohoka muri Indonesia bakunze gufatana abanyamahanga ibiyobyabwenge babyinjiza mu gihugu, bavuze ko uyu mugabo Abdul Rahman Asman yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga […]
Polisi yigabye byihuse mu rugo rwa Chri Brown kubera instagram
Polisi yo mu Mujyi wa Los Angeles yagiye mu rugo rwâumuhanzi Chris Brown byihutirwa nyuma yo kubona ubutumwa yari amaze gushyira ku rukuta rwe rwa instagram. Uyu muhanzi yakoze ibintu bitamenyerewe ku byamamare ashyira ku karubanda aho atuye nâumuhanda uherekeza, San Fernando mu rwego rwo guterana amagambo nâumuraperi Offset barimo kurebana nabi muri iki gihe. […]
Kigali: Ibya cyamunara itaravuzweho rumwe y'uruganda rw'abo kwa Rwigara bigiye gusobanuka
Urukiko rwâIbanze rwa Kacyiru mu Mujyi wa Kigali rwemeje ishingiro ryâikirego cyâabo kwa Rwigara bajuririra cyamunara yâuruganda rwâitabi rwabo, Premier Tobacco Company (PTC). Uyu muryango wareze Ikigo cyâIgihugu Gishinzwe Imisoro nâAmahoro (RRA) nâUmuhesha wâInkiko, Vedaste Habimana ko kuwa 3 Ukwakira 2018 bateje cyamunara uruganda rwa PTC mu buryo uvuga ko bunyuranyije nâamategeko. Iyi cyamunara ntiyavuzweho […]
Lillian Mbabazi ntiyemeranya nâabavuga ko ubukene bwakuye mu ishuri abana yabyaranye na Radio
Umuririmbyi Lillian Mbabazi yateye utwatsi amakuru yavugaga ko abana yabyaranye na nyakwigendera Mozey Radio, bavuye mu ishuri nyuma yo kubura ubushobozi. Â Byatangazwaga ko amafaranga yâishuri ariyo yabuze, abana ba Mbabazi na Radio ngo bava mu ishuri gutyo, ibintu ahakana avuga ko bameze neza kandi ko bakunze ishuri. Ikinyamakuru Chimpreports gitangaza ko amakuru yashimangiraga ko […]
Uko ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 25 bizakorwa
Mu kiganiro nâabanyamakuru kuwa Gatanu ushize, itariki 8 Gashyantare 2019, Umunyamabanga Nshingwabikorwa  wa Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene yavuze ko kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi bizakorwa hibandwa ku rubyiruko. Ikiganiro cyabereye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi. Cyabanjirijwe nâinama nâabahagarariye imiryango yâabacitse ku icumu rya Jenoside […]
Inama ya 32 ya A.U: Intumwa zâu Burundi zasobanuye impamvu zo gukurikirana Pierre Buyoya
Intumwa zâu Burundi zari mu nama ya 32 ya Afurika Yunze Ubumwe zatambukije inyandiko muri iyi nama igamije gusobanura neza impamvu igihugu cyâu Burundi gishaka gukurikirana mu matego uwahoze ari perezida wacyo, Pierre Buyoya, kuri ubu uhagarariye A.U muri Mali no mu karere ka Sahel. Iyi nyandiko yâamapaji abiri intumwa zâu Burundi zari zitwaje ishinja […]
Perezida Kagame na mugenzi we Félix Tshisekedi baganiriye i Addis-Abeba
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, watorewe kuba Visi Perezida wa Kabiri wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Perezida Kagame wari umaze umwaka wose ayobora uyu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, hamwe nâabandi bakuru bâibihugu na za Guverinoma barimo na Tshisekedi witabiriye iyi nama […]
Uvira: FARDC yasabye imitwe yitwaje intwaro yâabanyamahanga kuva ku butaka bwa Congo bigishoboka
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo gikorera muri Kivu yâAmajyepfo kirahamagarira imitwe yose yitwaje ibirwanisho ihakorera kurambika intwaro hasi, naho iyâabanyamahanga nkâAbarundi nâAbanyarwanda yo isabwa kuva ku butaka bwa Congo bidatinze. Umuyobozi wâingabo za Congo muri Kivu yâAmajyepfo, Gen de Brigade David Rugahi Sengabo mu itangazo yashyize ahagaragara, yavuze ko bateguye ibikenewe ngo bakire […]
Impunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda, Tanzania, RDC na Uganda ziratabarizwa
Agashami kâUmuryango wâAbibumbye kita ku mpunzi (UNHCR) gatangaza ko hakenewe miliyoni 296 zâAmadolari ya Amerika zo kwita ku buzima bwâimpunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda, Tanzania, Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. HCR yabitangarije abafatanyabikorwa bayo barimo imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu, ku wa Gatandatu tariki ya 9 Gashyantare 2019, i Lusenda, ahari inkambi […]
Birababaje, kwimura umuntu nkâurukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe
Abaturage bo mu midugudu ya Kibiraro, Kangondo ya mbere  nâiya Kabiri mu Kagari ka Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe  mu Karere ka Gasabo batangaza ko bibabaje kuba Leta ishaka kubimura mu mitungo yabo kandi batemera ingurane. Ibi babitangaje nyuma yâaho Urukiko rwâIbanze rwa Gasabo rutangaje ko ikirego batanze bajuririra guhabwa amazu nk’ingurane ku mutungo wabo kidafite […]
Nkombo: Abakirisito ba ADEPR basabye Rév.Past. Karuranga ubwato bwa moteri
Mu ruzinduko rwâumuvugizi wâitorero ADEPR, RĂ©v.Pasiteri Karuranga Ephrem muri paruwasi ya Ishywa iri mu kagari ka Ishywa, mu Murenge wa Nkombo, mu Karere ka Rusizi, kimwe mu byo abakirisitu bâiri torero barenga 1680 bamusabye ni ubwato bwa moteri bushobora kubafasha kwambuka bava cyangwa bajya kuri iki kirwa. Bavuga ko kutagira ubwato bituma bahomba byinshi birimo […]
Umugore yarase amafaranga kuri Facebook biviramo umugabo we kwicwa nâabajura
Umugabo wo muri Nigeria witwa Enango Gelsthorpe Sege yishwe nâabajura nyuma yâuko umugore we arase amafaranga ku mbuga nkoranyambaga, abajura bakifuza kuyiba. Ibomo Rafeal Seimiengha, Umuvandimwe wâuyu mugabo wishwe, yatangaje ko umuvandimwe we yishwe ku wa Kabiri tariki ya 5 Gashyantare 2019, ashimangira ko yishwe kubera ikosa ryakozwe nâumugore we. Yagize ati “Aya makuru ababaje […]
RDC: Martin Fayulu yasabye ko amatora yasubirwamo mu gihe kitarenze amezi atandatu
Nyuma yâaho inzira zose yitabaje muri Congo zitagize icyo zitanga, Martin Fayulu watsinzwe na Felix Tshisekedi mu matora yo kuwa 30 Ukuboza, yahamagariye Afurika Yunze Ubumwe gushyiraho komite idasanzwe igomba kugenzura ukuri kwâaya matora ndetse no gusubirishamo amatora mu gihe kitarenze amezi atandatu. Ni mu ibaruwa yohereje kuwa 08 Gashyantare Jeune Afrique dukesha iyi nkuru […]
Perezida Kagame yanze kuba umuhuza mukuru mu biganiro bihuza Abarundi
Perezida wâ u Rwanda Akaba nâUmuyobozi wâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC), Paul Kagame yateye utwatsi igitekerezo cya mugenzi we wa Uganda, Museveni cyo kuba yaba umuhuza mukuru mu biganiro bihuza Leta yâUburundi nâabatavuga rumwe nayo. Ibi byabaye kuwa 1 Gashyantare 2019 mu nama yari yahuje abakuru bâibihugu bigize EAC nkâuko ikinyamakuru The East African cyabishyize […]
Perezida wa Algeria utakibasha kwigenza yatangaje ko aziyamamaza
Perezida wa Algeria, Abdelaziz Bouteflika w’imyaka 81 y’amavuko, yatangaje ko aziyamamaza muri manda ya gatanu mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa kane muri uyu mwaka wa 2019. Perezida Bouteflika amaze imyaka 20 ari ku butegetsi, ariko ni gacye cyane yagaragaye mu ruhame kuva yarwara indwara y’imitsi yo mu bwonko mu mwaka wa […]
Urutonde rwâibirunga 10 binogeye ijisho kurusha ibindi byo ku Isi- AMAFOTO
Ubwiza bwâikirunga bushobora kugaragazwa nâimiterere yacyo, haba mu butumburuke, ibiyaga bikigaragaraho,ubwiza bwâibigikikije nâibindi. Urutonde rwâibirunga 10 binogeye ijisho kurusha ibindi turarukesha ikinyamakuru Petitfute.com, aho kigaragaza ibi birunga, agace biherereyemo ndetse na make ku mateka yabyo. 1.Le VĂ©suve: Ni ikirunga cyo mu Butaliyani gifite ubutumburuke bwa 1 281m, ni kimwe mu birunga biri ku butaka ku […]
Uganda: Col Ndahura uri mu bashinjwa gucyura ku ngufu impunzi zâAbanyarwanda yarekuweÂ
Col Atwooki Ndahura, wahoze akuriye ishami ryâIgipolisi cya Uganda rishinzwe iperereza ku byaha akaba akurikiranweho ibyaha birimo gucyura ku ngufu impunzi zâAbanyarwanda, kuri uyu wa Mbere yarekuwe byâagateganyo nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare. Col Ndahura akurikiranweho ibyaha birimo kunanirwa kurinda ibikoresho bya gisirikare no gufasha abapolisi bagenzi be gucyura mu Rwanda ku ngufu impunzi zâAbanyarwanda. Ubushinjacyaha […]
Njye na we hasigaye izina gusa- Se wa Diamond
Se wâumuhanzi Diamond Platnumz, Abdul Juma avuga ko we nâumuhungu we babanye nkâaho nta sano iri hagati yabo. Uyu mugabo yatangaje aya magambo nyuma yo kumva ko umuhungu we yatashye inzu nshya azajya abamo nâumukunzi we mushya, Tanasha Donna Oketch. Aganira nâikinyamakuru Ijumaa, uyu mubyeyi yavuze ko ibyâubuzima bwa Diamond abibona ku mbuga nkoranyambaga, ko […]
U Buhinde: Abagera kuri 72 bishwe nâinzoga yâinkorano
Abantu bagera kuri 72 byemejwe ko bapfuye nyuma yo kunywa ku nzoga yâinkorano mu majyaruguru yâu Buhinde nkâuko byemezwa nâabayobozi. Nkâuko aba bavuga, abantu 36 byemejwe ko bapfuye mu Karere ka Saharanpur ko muri Leta ya Uttar Pradesh nyuma yo kunywa kuri iyo nzoga. Ibizamini byo kwa muganga 46 byarakozwe, impfu zigera kuri 36 zishyirwa […]
Nduhungirehe yasabye za kaminuza zo muri Amerika gukoresha  imvugo zikwiriye mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye amashuri makuru na za Kaminuza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no ku isi yose kwirinda imvugo zidakwiye mu gihe bateguye ibikorwa byo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 25. U Rwanda ruzibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 25 […]
Itsinda ryâabashoramari bâAbanyamerika rirashaka ku Rwanda indishyi ya miliyoni 95$
Itsinda ryâabashoramari bâAbanyamerika ryareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga rishaka indishyi ya miliyoni 95 zâAmadolari nyuma yâaho guverinoma bivugwa ko yigaruriye aho bacukuraga amabuye yâagaciro igahita itesha agaciro impushya bari bafite zo gukora ubu bucukuzi. Ikirego cyajyanywe mu kigo mpuzamahanga gishinzwe gukemura amakimbirane ashingiye ku ishoramari (International Centre for Settlement of Investment Disputes (ICSID)) gisa […]
Buruseli: Ku cyicaro cya E.U haravugwa intasi zâAbashinwa nâAbarusiya zikabakaba 500
Abadipolomate bâAbanyaburayi baburiwe nyuma yâaho ikinyamakuru Die Welt cyo mu Budage gitangarije ko I Buruseli ku cyicaro cyâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi, ahakorera komisiyo y’uyu muryango, ngo haba hari intasi amagana zâibihugu byâu Bushinwa nâu Burusiya. Biravugwa ko izi ntasi zishobora kuba ari 250 zâAbashinwa ndetse na 200 zâAbarusiya nkâuko binashimangirwa nâurwego rwâumutekano wâimbere mu bubanyi […]