Nairobi iragenda iba umurwa mukuru w’umugambi mubisha wo kurwanya RDC – Muyaya

briefing Sama2 d7d48b7a5a 1

Minisitiri w’Itangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, aremeza ko umurwa mukuru wa Kenya umaze kuba umurwa mukuru w’umugambi mubisha wo kurwanya igihugu cye nyuma y’uko havukiye undi mutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Ibi Muyaya yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru yatangiye i Washington, afatanyije na minisitiri w’ubucuruzi bwo hanze, […]

Indege yagiye gutwara umurambo wa Raila Odinga yaciye agahigo 

AFP 20191020 economou notitle191020 np0YM v1 Preview KenyaAirwaysBoeing7878Drea og image

Indege ya Sosiyete ya Kenyan Airways yagiye gutwara umurambo w’umunyapolitiki Raila Odinga, yaciye agahigo ko kuba iya mbere yakurikiranirwaga hafi n’abantu benshi ku rubuga rwa Flightradar24. Ku wa Gatatu tariki ya 15 Ukwakira ni bwo Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye ku myaka 80 y’amavuko. Yaguye mu Buhinde. Indege yagiye gutwara umurambo we […]

Leta y’u Rwanda irashinja amabanki gukamura abaturage

withdrawing money kigali 1

Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kuvugurura urwego rw’amabanki nyuma yo gusanga uburyo akoramo bushyira inyungu zayo imbere kurusha inyungu z’abaturage. Ibi byashyizwe ahagaragara muri raporo nshya y’ingenzi izamurikirwa abakuru b’amabanki n’abafatanyabikorwa bayo kuri uyu wa Kane mu nama irabera muri Kigali Convention Center. Gahunda nshya yiswe Financial Sector Development Strategy (FSDS 2025–2030) igamije guca […]

Mbisubiyemo uwo bibabaza yubike inda birashira: Sadate yatsimbaraye ku mvugo ye yateje impaka

munyakazi sadate 3

Umushoramari Munyakazi Sadate aherutse kuvuga ko Abanyarwanda bakwiye gukora cyane no kwiteza imbere, ku buryo mu gihe kizaza bazaba ari bo baha Abarundi n’Abanye-Congo akazi ko gukubura imihanda no koza ubwiherero. Ibi yabivugiye ku wa 12 Ukwakira 2025, mu kiganiro yahaye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, agamije kubakangurira gukora cyane no kwihangira imirimo, abishingiye ku […]

Ubucucike muri za gereza bwagabanyutseho 30% – NCHR

G3Tjo9wXsAAJh6l

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) yatangaje ko habaye igabanuka rya 30% ry’ubucucike mu bigo ngororamuco byo mu Rwanda kuva mu 2023/2024. Perezida wa Komisiyo, Providence Umurungi, yabivuze kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 15 Ukwakira, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, Raporo y’Ibikorwa y’Umwaka wa 2024-25. Iyi Raporo ikubiyemo ibyagezweho, ibikwiye […]

Gasabo: Ushinjwa gukubita umugore igiti giteyemo imisumari azasomerwa mu cyumweru gitaha

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo mu minsi ishize rwaburanishije umugabo w’imyaka 48 ukurikiranweho gukubita umugore babanaga igiti giteyemo imisumari akamukomeretsa bikabije nyuma yo kugirana amakimbirane. Uyu azasomerwa mu cyumweru gitaha. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 26/07/2025 mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kacyiru, Akagari ka Kamatamu, Umudugudu wa Cyimana. Ubushinjacyaha Bukuru bwashyize ahagaragara […]

Sudani: RSF yibasiye ibigo bya gisirikare i Kharthoum

thumbs b c fe22237e2278dd4f1cfa49645f8904ba

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 15 Ukwakira, Ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Sudani muri Leta ya Khartoum muri Sudani nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza. Urubuga rw’amakuru rwa Sudan Tribune rwavuze ko Ingabo za Sudani zahagaritse indege zitagira abaderevu 10 zagabye igitero ku gisirikare mu majyaruguru ya Omdurman, mu […]

AU yahagaritse Madagascar nyuma yo kubamo coup d’Ă©tat

ap 68f017b54dd47 1760565173

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wahagaritse Madagascar, kubera ihirikwa ry’ubutegetsi riheruka kuba muri iki gihugu cy’ikirwa giherereye mu nyanja y’Abahinde. AU yafashe iki cyemezo mu gihe Colonel Michael Randrianirina uyoboye abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Andry Rajoelina azarahirira kuyobora Madagascar mu buryo bw’inzibacyuho, ku wa Gatanu tariki ya 17 Ukwakira. Uyu muryango ku wa Gatatu […]

Umukire Sadate mu nzozi z’uko Abarundi bazajya bakubura imihanda y’u Rwanda, abanye-Congo bakoza ubwiherero

20251016 63337

Rwiyemezamirimo Munyakazi Sadate akomeje kunengwa n’abatari bake bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma y’amagambo atakiriwe neza yavuze ku baturage batuye mu bihugu bikikije u Rwanda. Amagambo akomeje gutuma Sadate yibasirwa yayatangaje ku wa 12 Ukwakira, ubwo yaganirizaga urubyiruko rwari rwitabiriye Inteko Rusange y’Urugaga rw’urubyiruko rushamikiye ku muryango RPF-Inkotanyi, mu murenge wa Gatenga w’akarere ka Kicukiro. Yabwiye urubyiruko […]

Kamonyi: Imodoka ya Howo yishe abantu babiri abandi 11 ibagira inkomere

whatsapp image 2025 10 15 at 21.14 31 a4218fbc 7509e

Mu Karere ka Kamonyi, ahazwi nko ku Ruyenzi, habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonganye n’izindi modoka eshanu, ihitana abantu babiri ndetse 11 barakomereka, barimo babiri bakomeretse cyane. Iyi mpanuka yabaye ku wa 15 Ukwakira 2025 ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba, mu Murenge wa Runda, hafi ya santere ya Ruyenzi. Uvugira Polisi […]

Rurageretse hagati ya Aliah Cool n’umunyamakuru wa Isibo FM

InShot 20251015 182508845

Nyuma y’uko umunyamideli Aliah Cool yerekanye imodoka nshya yo mu bwoko bwa Barbus, ibintu byahise bifata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga ubwo umunyamakuru wa Isibo FM, DC ClĂ©ment, yandikaga amagambo yakoze ku marangamutima ya Aliah Cool. DC ClĂ©ment yanditse kuri Instagram ati: “Aho kurata imodoka y’Inkongoman nitwa Umukire i Nyarugenge, Umwana w’i Gitwe naguma kuri […]

Abarimo Kabila bashinze umutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi

20251015 175555

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashinze umutwe wa Politiki ugamije kumurwanya bise ‘Mouvement Sauvons la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo’. Uyu mutwe washingiwe i Nairobi muri Kenya, aho aba banyapolitiki barangajwe imbere na Joseph Kabila Kabange wayoboye RDC hagati ya 2001 na 2019 bari bamaze iminsi […]

Israel iravuga ko Hamas yabahaye umurambo w’umuntu utari mu bo yashimuse

243dd200 a9a3 11f0 92db 77261a15b9d2

Israel iravuga ko umwe mu mibiri ine yatanzwe na Hamas mu ijoro ryakeye “udahuye n’umwe mu bari barafashwe bugwate.” Hamas yasabwaga gusubiza abantu yafashe bugwate 48 bose yari isigaranye ( barimo abakiri bazima n’abapfuye) mu rwego rwa mbere rwa gahunda y’amahoro ya Gaza. Kugeza ubu, abantu 20 bazima bari bafashwe bugwate n’imirambo irindwi basubijwe Israel […]

Gasabo: Umusore w’imyaka 25 akurikiranweho gusambanya umwana utujuje imyaka y’ubukure

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo Bukurikiranye umusore w’imyaka 25 ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15.  Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya mbere ya 01/06/2025 mu mu Mudugudu wa Berwa, Akagari ka Kibenga, Umurenge wa Ndera, mu Karere ka Gasabo. Uregwa yemeye icyaha asobanura ko yamenyanye n’uyu mwana bahuriye ku rubuga rwa Facebook, nyuma akamusaba […]

U Rwanda rwatesheje agaciro ibinyoma byibasiye Minisitiri Nduhungirehe

arton132780

Guverinoma y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo ry’irihimbano ryacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, rivuga ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yaba ari gukorwaho iperereza ku byaha bifitanye isano n’imyitwarire mibi. Iryo tangazo rihimbano ryari ryitiriwe Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ryavugaga ko Minisitiri Nduhungirehe yahamagajwe n’inzego z’ubutabera kandi yahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ye nyuma yo kurangwaho imyitwarire […]

U Rwanda rwashyize ku rutonde rw’ibihano Abanyarwanda 25 bashinjwa iterabwoba

arton61377 fb227

Ku wa Kabiri, itariki ya 14 Ukwakira 2025, abantu 25 bafatiwe ibihano na Guverinoma y’u Rwanda kubera iterabwoba no gutera inkunga iterabwoba ku rutonde rushya rw’ibihano rwashyizwe ahagaragara n’Ikigo gishinzwe Ubutasi mu by’Imari (FIC). Kuri urwo rutonde harimo abagize umutwe wa FDLR, umutwe w’inyeshyamba z’Abanyarwanda ufite icyicaro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ufitanye isano […]

Kivu y’Amajyepfo: FARDC yibasiye ibirombe bya Twangiza Mining bicukurwamo zahabu

Ibirombe bya Twangiza Mining bicukurwamo zahabu muri Teritwari ya Mwenga, muri Kivu y’Amajyepfo, byibasiwe n’ibisasu bya drone mu ijoro ryo ku itariki ya 14 no mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025. Biravugwa ko igitero cyibasiye kontineri za Aggrecko itanga amashanyarazi iki kigo gikoresha nk’uko amakuru agera kuri Tazama RDC avuga. Nk’uko iki […]

Uwabaye Minisitiri w’Ingabo muri Sudani y’Epfo yiyomoye kuri Perezida Salva Kiir

1760510949480

Uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri Sudani y’Epfo, Nhial Deng Nhial yatangaje ko asezeye mu ishyaka riri ku butegetsi, SPLM, ashinja ubuyobozi bwa Perezida Salva Kiir Mayardit kuba bwarataye icyerekezo cy’igihugu. Mu itangazo ry’impapuro 18 yashyikirije Radio Tamazuj, Nhial yashinje ubutegetsi ruswa, umutekano muke, n’ukudindiza amatora yari ategerejwe kuva mu myaka myinshi ishize. Uyu munyapolitiki w’inararibonye, […]

Raila Odinga yapfuye

a74bad97 33c6 4fec 92e4 570770634928

Umunyapolitiki w’inararibonye wo muri Kenya, Raila Amolo Odinga, wari uzwi cyane mu mateka ya politiki y’igihugu no mu rugamba rwo guharanira demokarasi, yapfuye afite imyaka 80. Amakuru aturuka mu gihugu cy’Ubuhindi aravuga ko yapfuye ku wa Gatatu, tariki ya 15 Ukwakira 2025, ubwo yari i Koothattukulam, mu karere ka Ernakulam, muri Leta ya Kerala, aho […]

Bangladesh: Inkongi y’umuriro mu ruganda rukora imyenda yahitanye byibuze 16

7296f3f0 a962 11f0 b4ad 47ee312ae477.jpg

Nibura abantu 16 bapfuye nyuma y’umuriro mwinshi wibasiye uruganda rw’imyenda muri Bangladesh, abayobozi bakaba batangaza ko umubare ushobora kuzamuka. Serivisi ishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro yatangaje ko imirambo 16 yakuwe aho ariko abantu bahiye ku buryo utabamenya. Ku wa Kabiri, abavandimwe bahangayitse bari bateraniye hanze y’uruganda rw’amagorofa ane mu gace ka Mirpur i Dhaka, mu murwa […]

RDC yarashe bikomeye M23 nyuma y’amasaha make bumvikanye agahenge

IMG 20241222 WA0038 960x508 1

Umutwe wa AFC/M23 washinje Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurasa mu buryo bukomeye ibirindiro byawo, nyuma y’amasaha make impande zombi zemeranyije gushyiraho urwego rwo kugenzura agahenge muri Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo. AFC/M23 yemeje ko yagabweho ibi bitero biciye mu muvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. Abinyujije ku rubuga rwe rwa X yavuze ko “Ihuriro […]

Perezida Kagame yijeje ko u Rwanda ruzakomeza kurokoka imijugujugu ruterwa

G3N

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko rwaciye mu mwijima ariko bitazarubuza guharanira kurabagirana nubwo ruhora ruhanganye n’imijugujugu ruterwa n’ibihangange. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ukwakira 2025 mu nama yagiranye n’Akanama Ngishwanama ka Perezida (PAC), urubuga ruhuza impuguke z’abanyarwanda n’amahanga kugira ngo bungurane ibitekerezo n’inama ku iterambere ry’u Rwanda, yabereye muri Kigali […]

Joseph Kabila yahurije abatavuga rumwe na Tshisekedi i Nairobi 

20251015 71319

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari i Nairobi muri Kenya aho bari mu mwiherero bahurijwemo na Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa RDC. Izi nama z’iminsi ibiri zigamije gushyiraho umurongo mushya w’uburyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakorana, hagamijwe “gutanga umusanzu mu kubaka amahoro muri Repubulika […]

Umuvugizi wa AFC/M23 Dr Osacar Barinda  ashubije abavuga ko ishaka ubwigenge bwa Kivu

DR Barinda

Umuvugizi Barinda asanga abahuza ibyo kuba umutwe wa AFC/M23 uri gushyiraho ubuyobozi butandukanye mu bice wigaruriya nko kwinjira buhoro buhoro mu nzira y’ubwigenge ko ntaho bihuriye. Ibi Dr Oscar Barinda yabitangarije ibitangazamakuru bya Bwiza TV na Bwiza. com kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 mu kiganiro n’umunyamakuru Mecky Kayiranga. Dr Barinda ubwo yasubizaga ku bibaza […]

Amerika yashimye ubwumvikane RDC na AFC/M23 byagezeho

20251015 065110

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashimye ubwumvikane bwo gushyiraho urwego rwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 bagezeho. Ku wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira ni bwo impande zombi zemeranyije gushyiraho ruriya rwego, nyuma y’icyiciro cya gatandatu cy’ibiganiro zagiranye ku wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira 2025. Urwo […]

Mu bihugu Felix Tchisekedi yashimiye byamufashije ntiharimo Uburundi

Burundian Solders

Mu nama mpuzamahanga ya Global Gateway Forum, perezida Tchisekedi yarimo mu Bubiligi yashimye byimazeyo ibihugu byamufashije kurwanya umutwe wa AFC/M23. Perezida Felix Tchisekedi ubwo yari mu nama mpuzamahanga mu Bubiligi yashimiye ibihugu byamufashije mu ntambara ahanganyemo n’umutwe wa AFC/M23 aho yashimiye Afurika yepfo , Tanzaniya ndetse na Malawi. Ibi bikaba byababaje abarundi batishimiye uburyo Tchisekedi […]

Abasirikare kabuhariwe ba Madagascar bakoze Coup d’Ă©tat

41 2025 638958948158844840 884

Umutwe w’abasirikare badasanzwe ba Madagascar, kuri uyu wa Kabiri watangaje ko wakuyeho ubutegetsi bw’iki gihugu. Uyu mutwe wabitangaje nyuma y’imyigaragambyo yari imaze iminsi mu guhugu yatumye Perezida Andry Rajoelina ahunga. Umutwe wa CAPSAT nyuma yo guhirika ubutegetsi wahise uhagarika inzego zose z’ingenzi mu gihugu, gusa utanga isezerano ry’uko muri iki gihugu hagomba kuba amatora mu […]

Guverinoma ya Congo na AFC/M23 byasinye amasezerano

negociations kinshasa afc m23 a doha signature accord cessez le feu 25 jpg 711 473 1

Intambwe ifatika imaze guterwa mu gushaka amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 14 Ukwakira 2025, Guverinoma ya Congo n’umutwe w’inyeshyamba wa AFC / M23 bashyize umukono ku masezerano ku buryo bwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano. Uyu muhango wabereye imbere y’abunzi ba Qatar kimwe n’abafatanyabikorwa benshi bo […]

Perezida Ruto yagaragaye mu mpuzankano ya gisirikare ku Munsi wa KDF – Amafoto

G3Mzh2GXIAALy5U

Perezida wa Kenya, William Ruto, kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ukwakira 2025 yashyizemo impuzankano ya gisirikare ubwo yari agiye kuyobora umunsi wahariwe igisirikare cy’iki gihugu (KDF Day) mu birindiro bya gisirikare byitiriwe Moi muri Eldoret. Ingabo z’igihugu cya Kenya (KDF) kuri uyu wa Kabiri zizihije umunsi wazo ku nshuro ya 14 ku kigo cya […]

Leta ya Zambia yahagaritse inkunga yahaga ikipe y’igihugu kubera umusaruro nkene

fifa world cup qualifiers zambia names 27 men squad for morocco match.jpg

Leta ya Zambia yatangaje ko yahagaritse inkunga y’amafaranga yajyaga atangwa ku ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Chipolopolo), nyuma y’igihe iyi kipe imaze ititwara neza mu mikino mpuzamahanga. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Urubyiruko, Siporo n’Ubugeni hamwe n’Inama Nkuru y’Imikino muri Zambia (National Sports Council of Zambia), rivuga ko guverinoma ifite impungenge zikomeye ku musaruro w’ikipe y’igihugu, […]

Trump agiye kwibanda ku kurangiza intambara yo muri Ukraine nyuma ya Gaza

1024x576 cmsv2 3e97431e d175 53cc 865c 3d6d4b60da44 9509003

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Ukwakira, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko ubu ashaka kwibanda ku Burusiya n’intambara yabwo muri Ukraine nyuma y’igihe yibanze ku kurangiza ikibazo cyo muri Gaza. Ese Trump ashobora kongera kubona intsinzi mu gushaka amahoro no guhagarika intambara yo muri Ukraine? Kyiv irabyizeye. Perezida wa Leta Zunze […]

Mohamed Salah yagaragaye ku rutonde rw’abatoye Perezida muri Cameroon

image 2025 10 14 053250705

Mu gihe igihugu cya Cameroon cyari mu matora ya perezida ku Cyumweru, isura y’umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Misiri, Mohamed Salah yagaragaye ku rutonde rw’abatoreye ku biro by’itora bya NgaoundĂ©rĂ© III. Nyuma yo gukora igenzura, ibitangazamakuru bitandukanye byemeje ko koko iyo foto igaragara ku rubuga rwa Elecam, urwego rushinzwe gutegura no gucunga amatora muri Cameroon. […]

Dr. Frank Habineza yatorewe kuba umusenateri

20251014 111148

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Dr. Frank Habineza, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira yatorewe kuba Umusenateri. Dr. Habineza wamaze igihe kirekire ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, we na mugenzi we Nkubana Alphonse wo mu ishyaka PSP batorewe mu Nteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe […]

Umupolisi yiyahuye akimenya ko umukunzi we yarongoye undi

vfdgds

Umupolisi w’umugore wo ku cyicaro cya polisi cya Phalombe muri Malawi, witwa Sergeant Eliza Masina, ari kuvurirwa mu bitaro bya Holy Family Mission Hospital nyuma yo kugerageza kwiyahura akoresheje uburozi. Nk’uko raporo ya polisi ya Phalombe ibivuga, ibi byabaye ku wa gatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025, mu mudugudu wa Sakhome, muri T/A Nkhumba, akarere […]

FDLR yashinje RDF kuyibuza kwishyikiriza MONUSCO

20143685336330995 8

Nyuma y’umunsi umwe Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) gisabye abawanyi ba FDLR gushyira intwaro hasi no kwishyira mu maboko ya MONUSCO,  uyu mutwe wahise usohora itangazo wemeza ko Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ndetse n’ibyitso bawurimo barimo kubuza abarwanyi bawo kwerekeza ku bigo bya MONUSCO kugirango bitange. Ni itangazo rigaragaramo ibinyoma umuntu ahita […]

U Rwanda rwongeye gushimangira ko rushyigikiye inzira z’amahoro zikomeje

Capture 3

Mu nama y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ku wa Mbere, itariki ya 13 Ukwakira, yibanze ku kibazo cy’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari, u Rwanda rwashimangiye ko rwemeje ko rukemera inzira z’amahoro zikomeje, cyane cyane iya Washington, mu gihe rwagaragaje impungenge z’umutekano zikomeje zijyanye no kuba FDLR ikiri ku butaka bwa Congo. Uhagarariye u Rwanda mu […]

Perezida Kagame yakiriye Komiseri ushinzwe Ubuzima muri AU n’umuyobozi wa AMA

G3JshCCXoAAcqBB

Perezida Kagame, uyoboye Gahunda ya Afurika Yunze Ubumwe ishinzwe Gutera inkunga ibijyanye n’Ubuzima imbere ku mugabane, yabonanye na Amb. Amma Twum-Amoah, Komiseri wa AU ushinzwe Ubuzima, Ibibazo by’Ubutabazi n’iterambere ry’imibereho, na Dr. Delese Mimi Darko, n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ubuvuzi cya Afurika (AMA). Ibiganiro byabo byibanze ku mikorere ya AMA no gushimangira gahunda z’ubuzima muri […]

Gen. Bunyoni yagiye muri ‘Coma’

bunyoni

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Gen. Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yamaze kujya muri ‘Coma’. Bunyoni yagiye muri Coma nyuma y’iminsi itanu avanwe muri gereza yari afungiwemo akajyanwa kuvurizwa mu bitaro bikuru bya Gutega. Ubwo yajyanwaga muri ibi bitaro na bwo amakuru yavugaga ko atashoboraga kubona, kuvuga cyangwa kumva. […]

Umuhuro w’ibanga wa Kabila na bakeba ba Tshisekedi i Nairobi 

KABI 1

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahurije i Nairobi abanyapolitiki batandukanye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wamusimbuye ku butegetsi. Kabila agiye guhuza aba banyapolitiki mu ibanga, nyuma y’ibyumweru bibiri ubutegetsi bw’i Kinshasa bumukatiye urwo gupfa nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kugambanira igihugu, kujya mu mutwe […]

Yanyaye kuri Alitari ya Bazilika ya Mutagatifu Petero ubwo hasomwaga misa 

97d90dcd13b16d7f0fb56f56a87d1a46fa6bdc7912a5659ba17aafaab0085e5b

Umugabo utatangajwe amazina yafashwe n’inzego z’umutekano za Vatican nyuma yo kunyara kuri Alitari nkuru ya Bazilika ya Mutagatifu Petero i Roma, ubwo hasomwaga Misa yitabiriwe n’imbaga y’abizera. Byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatanu, ubwo uwo mugabo yacaga mu rihumye abashinzwe umutekano maze yegera Alitari nkuru, ahantu Papa asanzwe ayoborera imihango mikuru ya Kiliziya, ahita […]

Perezida Andry Rajoelina yavuze icyamuteye guhunga

andry rajoelina

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhunga iki gihugu, kuko yabonaga hariho umugambi wo kumwica. Rajoelina yabitangaje mu ijambo yagejeje ku banya-Madagascar, nyuma y’amasaha make ahungishijwe n’indege y’igisirikare cy’u Bufaransa ikamujyana ahantu hatazwi. Amakuru avuga ko Rajoelina yavuye muri Madagascar ku Cyumweru gishize yerekeza muri RĂ©union, aho yaje kuva akerekeza ahantu […]

Kenya: Uwari urinze ingoro ya Perezida yishwe atewe icumu

gsu officers

Mu gitondo cyo ku wa mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, i Nairobi, habaye urupfu rutunguranye rw’umupolisi wo mu ishami rya General Service Unit (GSU) wacungaga umutekano ku ingoro ya Perezida. Amakuru atangwa n’inzego z’umutekano avuga ko uwo mupolisi yishwe n’umugabo witwaje icumu, ubwo yari ku burinzi hafi y’irembo rya D, ahinjirira abashyitsi bajya muri […]

Bujumbura: Akabari kubatswe mu ishusho y’indege kahiye karatokombera 

1760378077961

Akabari kari gakunzwe cyane i Bujumbura ku izina rya Chez Willy The Bartender cyangwa Air Willy, katatswe n’inkogi y’umuriro ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025. Ababonye ibyabaye bavuga ko umuriro watangiye utunguranye, ntihamenyekane icyawuteye. Kubera ko inyubako yari ikoze mu biti n’ibindi bikoresho bifatwa n’umuriro byoroshye, byagoranye kuzimya uwo […]

Intego y’uruzinduko rw’iminsi 6 mu Rwanda rw’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia

csm 1 d377de1673

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A. Cham, ari mu Rwanda aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itandatu. Lieutenant General Mamat O.A. Cham ari mu Rwanda kuva ku itariki ya 12 kugeza ku ya 17 Ukwakira 2025. Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko intego y’uruzinduko rwe  ari ugushimangira ubufatanye mu bya gisirikare […]

Rutshuru: Haravugwa imirwano ikaze mu midugudu myinshi ya Bukombo hagati ya M23 na FARDC

images 4

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 13 Ukwakira 2025, mu midugudu myinshi yo muri Gurupoma ya Bukombo, muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru, habereye imirwano ikaze hagati y’abarwanyi b’ihuriro rya AFC-M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zifatanya na FARDC. Aya makuru avuga ko iyi mirwano yatangiye kuva mu cyumweru gishize, yibanze mu midugudu ya Mashango, Kanyatsi, […]

Perezida Andry Rajoelina yahungishijwe n’indege y’igisirikare cy’u Bufaransa

Photo PRM et MFA 1

Ku cyumweru tariki ya 12 Ukwakira 2025, Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina yajyanywe mu ibanga n’indege ya gisirikare y’u Bufaransa, nyuma y’amasezerano yihariye yagiranye na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron. Rajoelina yabanje kujyanwa na kajugujugu ku kirwa cya Sainte-Marie, Aho yafatiye indege ya gisirikare y’Abafaransa ikamujyana muri La RĂ©union (ikirwa cy’Abafaransa kiba mu nyanja y’u […]

RDF yanyomoje itangazo ryavugaga ko iri gukorana na FDLR

20251007 173118

Ku wa 12 Ukwakira, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe inyandiko iriho ibirango bya Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda (MINADEF), ivuga ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abahoze ari abarwanyi ba FDLR bari ku murongo w’ubwirinzi muri Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bategetswe kwerekeza ku nkambi za MONUSCO ngo bakorweho iperereza Ku bikorwa byabo. Iyo nyandiko, ifite umutwe […]

Hamas yashyikirije Israel imbohe nzima zayo zose yari ifite

hostage release gaza 01 rt jt 250208 1739033001923 hpMain

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko umutwe wa Hamas wamaze gushyikiriza kiriya gihugu imbohe nzima zacyo zose wari ufite, nyuma y’imyaka ibiri ziri mu maboko yawo. Hamas yari yarashimuse ziriya mbohe ku wa 7 Ukwakira 2023, ubwo yagabaga igitero mu majyepfo ya Israel. Ni imbohe zirimo impanga: Ziv na Gali Berman, muri iki gitondo zafotorewe […]

Afurika y’Epfo: Impanuka ikomeye ya bus yahitanye byibuze 42

1760338125 7fed0dcd06942bd6ed4274505bb96a26

Byibuze abantu 42 bahitanwe na bus yaguye mu Ntara ya Limpopo yo mu majyaruguru ya Afurika y’Epfo nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byaho kuri uyu wa Mbere. Iyi mpanuka yapfiriyemo abagore 18, abagabo 17, n’abana barindwi, nk’uko byatangajwe na televiziyo SABC yo muri Afurika y’Epfo itangaza imibare yahawe na Minisiteri y’ubwikorezi. Ku Cyumweru, nibwo abagenzi barenga 30 […]

Polisi yafunguriye amarembo abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu gipolisi

csm 3S3A9100 08449def52

Polisi y’Igihugu (RNP) yafunguriye imiryango abasore n’inkumbi bujuje ibisabwa bifuza kwinjira mu Gipolisi cy’u Rwanda ku rwego rw’abapolisi bato. Itangazo ribagenewe ryashyizwe ahagaragara na polisi rivuga ko bazatangira kwiyandikisha kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ukwakira 2025 kugeza ku itariki 7 Ugushyingo 2025 kuva saa mbiri kugeza saa kumi n’imwe, mu minsi y’akazi.

U Rwanda ntirushishikajwe no kwitabira iryo kinamico – Nduhungirehe

pic 19 586a3 0097e

Nyuma y’amagambo Perezida Felix Tshisekedi yatangarije Abanyekongo baba mu Bubiligi mu kiganiro yagiranye na bo kuwa Gatandatu, aho yongeye kugaragaza ko atemera ibiganiro by’amahoro bikomeje hirya no hino ku nzego zitandukanye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, na we yabaye nk’umusubiza agaragaza ko u Rwanda narwo rudashishikajwe n’ibyo yise ikinamico. Abinyujije kuri X, Minisitiri […]

RIB yafunze abakozi 2 ba RBC

csm RBC 92b0cda344

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze abakozi babiri bakora mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) na rwiyemezamirimo akaba na nyir’ikigo cy’ubucuruzi cyitwa Paramount Company, bakurikiranweho ubufatanyacyaha ku cyaha cyo gusaba, kwakira no gutanga indonke no gukoresha inyandiko itavugisha ukuri. Umuvugizi wa RIB Dr. Murangira B Thierry, yatangaje ko abafashwe ari Uwawe Olivier ushinzwe ikoranabuhanga […]

Umugore wa Akon yamusabye gatanya, atungurwa no gusanga umutungo we wanditse kuri nyina

akon and wife tomeka thiam1757772310 0 412x290 1

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi Akon, uzwi cyane mu ndirimbo “Smack That” na “Locked Up”, ari mu byishimo nyuma y’uko umugore we Tomeka Thiam, bari bamaranye hafi imyaka 30 bashakanye, yamusabye gatanya maze aza gutungurwa no gusanga nta mutungo agira. Tomeka yasabye urukiko ko yahabwa miliyoni 100 z’ama-Euro (€100 million), avuga ko yagize uruhare rukomeye mu […]

RDC: Inyeshyamba za Wazalendo zari zisigaye muri Kibati zivanyemo zirahunga

Carte Walikale1 1

Nyuma y’iminsi ibiri ngo inyeshyamba za Wazalendo zigaruriye ibirindiro bine by’inyeshyamba za AFC / M23, izi nyeshyamba zishyigikiwe na leta biravugwa ko zaje kwivana mu mujyi wa Kibati muri Gurupoma ya Luberike (Teritwari ya Walikale), Kivu y’Amajyaruguru ubu wongeye kugenzurwa wose na M23. Nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’ibanze n’umutekano agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo […]

Bite bya Perezida Andry Rajoelina abaturage be n’abasirikare bamaze gukuraho amaboko?

andry rajoelina

Urujijo ruracyari rwose muri Madagascar, nyuma y’iminsi ibiri muri iki gihugu kigizwe n’ikirwa giherereye mu nyanja y’Abahinde hatangiye igisa no guhirika ubutegetsi bwa Perezida Andry Rajoelina. Perezidansi y’iki gihugu mu itangazo yasohoye ku Cyumweru tariki ya 12 Ukwakira, yavuze ko hari “ibyago byugarije ubuzima bwa Perezida wa Repubulika”, gusa kugeza ubu aho Perezida Rajoelina aherereye […]

Afghanistan iravuga ko yishe abasirikare 58 ba Pakistan mu kwihorera

images

Guverinoma y’Abatalibani muri Afghanistan yemeje ko yagabye ibitero ku Ngabo za Pakistan mu duce dutabdukanye tw’imisozi ku mupaka w’amajyaruguru. Umuvugizi w’Abatalibani yavuze ko abasirikare 58 ba Pakistan bishwe mu cyo bise “igikorwa cyo kwihorera”. Yavuze ko Pakistan yavogereye ikirere cya Afghanistan kandi igatera ibisasu mu isoko riri ku butaka bwayo ku mupaka kuwa Kane nk’uko […]

Buruseli: Tshisekedi yakuriye inzira ku murima abagitekereza ibiganiro

Capture3 2

Kuri uyu wa Gatandatu, mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba mu Bubiligi i Buruseli, Perezida FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko atizigera na rimwe yemera kugirana ibiganiro n’abo yise “intumwa z’ababateye”. Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imbere y’Abanyekongo baba mu Bubiligi, yamaganye kandi icyo yise itekinika ku bijyanye n’umuhamagaro w’ibiganiro hagati y’Abanyekongo nyuma yo gusobanura […]

Rubavu: Green Party yibukije abayoboke impamvu bahisemo kutavuga rumwe n’ubutegetsi

G3Dcgt2WsAAbdOM

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 12 Ukwakira 2025, Ibikorwa by’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) byakomereje mu Karere ka Rubavu ahatangijwe ku mugaragaro inama y’abarwanashyaka b’iri shyaka yafunguwe na Hon. Mugisha Alexis mu izina rya Perezida w’ishyaka, Hon. Dr Frank Habineza. Hon. Mugisha akaba yibukije impamvu bahisemo kuba ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi. Muri iyi […]

Amerika n’u Bubiigi byashimye icyemezo cya RDC cyo kwitandukanya na FDLR

G2wefIjWgAAHvfk

Kuri uyu wa Gatandatu, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishimiye umuhamagaro w’abategetsi ba Congo bahamagariye abarwanyi b’umutwe wa FDLR gushyira intwaro hasi, kuko ari intambwe ifatika mu gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro ya Washington hagati ya DRC n’u Rwanda. Umujyanama Mukuru wa Perezida Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos yagize ati: “Twishimiye icyifuzo cya […]