One Bride, Two Brothers: Rare Jodidara Wedding Revives Ancient Tradition in India

In the Shillai region of Himachal Pradesh, India, a woman named Sunita Chauhan married two brothers, Pradeep and Kapil Negi, in a rare traditional wedding ceremony known as Jodidara. The celebration began on July 12, 2025, in Trans-Giri, Sirmaur district, and was attended by hundreds of people from various places. It featured traditional songs, dances, […]
Ubuhinde: Umugore yarongowe n’abasore bibiri bavukana

Mu gace ka Shillai, mu ntara ya Himachal Pradesh yo mu Buhinde, umugore witwa Sunita Chauhan yashyingiranwe n’abagabo babiri ari bo Pradeep na Kapil Negi, bavukana, mu muhango w’ubukwe udasanzwe uzwi nka Jodidara. Ibi birori byabaye guhera tariki ya 12 Nyakanga 2025 mu gace ka Trans-Giri, mu karere ka Sirmaur, byitabirwa n’abantu amagana baturutse imihanda […]
RDC: Ni uruhe ruhare MONUSCO izagira mu gushyira mu bikorwa Itangazo rya Doha?

Nyuma yo gushyira umukono ku itangazo ry’amahame hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu muhango wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga, ubu amaso yose arareba ishyirwa mu bikorwa ryayo. Muri iyi nzira kandi, impande zombi zayasinye ntizizaba ziri zonyine, kuko zizunganirwa n’inkunga mpuzamahanga, harimo na MONUSCO (Ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri RDC). […]
Sudani: Indege ya Perezida yongeye kugwa i Khartoum bwa mbere kuva mu 2023

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Umuyobozi w’Ingabo akaba na Perezida w’agateganyo wa Sudani, Gen. Abdel Fattah al-Burhan, yagwishije indege ye ya perezida ku kibuga cy’indege gikuru cya Khartoum ku nshuro ya mbere kuva intambara yatangira muri Mata 2023. Amashusho yanyujijwe mu bitangazamakuru bya Leta yerekanwe mu rwego rwo kwerekana ko ububasha bwa leta bugenda busubira […]
Goma: Abamotari bijeje Guverineri Bahati ubufatanye mu kurinda umutekano

Mu nama yo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 20 Nyakanga, kuri Stade l’UnitĂ© , Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, iyobowe na AFC/M23, Bahati Erasto, yaganiriye n’abamotari b’i Goma ku kibazo cy’umutekano. Bagaragaje ubushake bwo gufatanya bifatika n’abayobozi n’umutwe wa AFC/M23 mu rwego rwo kurwanya ihungabanywa ry’umutekano, bitandukanya n’abantu bitwaje intwaro bigira abamotari […]
Kalehe: Major Mukombozi wa FARDC yishwe n’inyeshyamba ya Mai Mai

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 19 Nyakanga, uduce twa Hombo Nord muri Teritwari ya Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru na Hombo Sud muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo twabyukiye mu bwoba kubera iyicwa rya Major Mukombozi, wo muri Regiment ya 34042 ya FARDC ifite icyicaro muri kariya gace gahuza Kivu zombi, bivugwa ko yishwe […]
Kenya: Impirimbanyi Boniface Mwangi yafashwe ishinjwa iterabwoba

Umuyobozi w’urwego rwa polisi rushinzwe ubugenzacyaha muri Kenya, Amin Mohammed, yemeje ko impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Boniface Mwangi, watawe muri yombi. Kuri iki Cyumweru, DCI mu itangazo yashyize ahagaragara yavuze ko ifatwa rye rifitanye isano n’ibirego byo korohereza ibikorwa by’iterabwoba mu myigaragambyo yabaye ku itaiki ya 25 Kamena. Kuri ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi […]
U Budage bwataye muri yombi Umunyalibiya washakishwaga na ICC

Abategetsi b’u Budage bataye muri yombi ukekwaho ibyaha by’intambara wo muri Libya ukekwaho kuba umuyobozi mukuru muri gereza izwi cyane aho imfungwa zakorewe iyicarubozo rimwe na rimwe ndetse zikanasambanywa nk’uko byemejwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kuwa Gatanu. Khaled Mohamed Ali Al Hishri, bivugwa ko yari umwe mu bari bagize umutwe witwaje intwaro witwa Deterrence Force […]
MONUSCO irashima intambwe yatewe hagati ya leta na AFC/M23

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe Kubungabunga Amahoro muri DRC (MONUSCO) bwishimiye ishyirwaho umukono ku Itangazo ry’Amahame hagati ya Guverinoma ya Congo n’ihuriro AFC / M23, ryashyizweho umukono kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 19 Nyakanga 2025. Nk’uko MONUSCO ibivuga, aya masezerano agaragaza intambwe y’ingenzi iganisha ku mahoro arambye mu burasirazuba bw’igihugu. Ubu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwaboneyeho […]
Rutahizamu wa Amavubi yerekeje mu Barabu

Rtahizamu w’Umunyarwanda wigeze gukinira Marine FC, Gitego Arthur yamaze gusinya amasezerano y’imyaka itatu mu ikipe ya FUS Rabat yo mu Cyiciro cya Mbere muri Maroc. Uyu mukinnyi w’imyaka 24 yari amaze umwaka akinira Clube Ferroviário da Beira yo muri Mozambique, aho yahavuye ajya kugerageza amahirwe muri Raja Casablanca ariko ntibyakunda. Ubu yahise yerekeza muri FUS […]
Itariki ya “Rayon Day” yamenyekanye

Bidasubirwaho, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko umunsi ngarukamwaka wayo uzwi nka Rayon Day uzaba ku wa Gatanu, tariki ya 15 Kanama 2025, ukabera kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu munsi uzasozwa n’umukino wa gicuti ukomeye uzahuza Rayon Sports na Young Africans SC yo muri Tanzania, umukino wiswe “uw’Amatsinda”, bitewe n’ubucuti n’amateka yihariye hagati y’aya […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku ntambwe AFC/M23 na RDC byateye

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry’inyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro ihuriro AFC/M23 ryasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga ni bwo inyandiko y’ariya mahame yasinyiwe i Doha , nyuma y’ibiganiro impande zombi zari zimaze amezi atatu zigirana muri uriya murwa mukuru wa Qatar. […]
Capitaine TraorĂ© yakuyeho Komisiyo y’Amatora mu gihugu cye

Perezida wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim TraorĂ©, yasheshe Komisiyo y’Amatora mu gihugu cye avuga ko kuba yari iriho byari “gupfusha ubusa amafaranga y’igihugu”. Televiziyo ya Leta ya Burkina Faso (RTB), yatangaje ko Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Burkina Faso ari yo izajya itegura amatora mu bihe biri imbere. TraorĂ© ayobora Burkina Faso kuva muri 2022 ubwo […]
Rayon Sports yasinyishije undi mukinnyi mushya

Ikipe ya Rayon Sports yakomeje gahunda yo gukomeza kubaka ikipe ikomeye izahangana mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, isinyisha umukinnyi mushya. Kuri uyu wa Gatandatu nibwo bamenyekanye ko Rayon Sports yasinyishije umukinnyi mushya, Aimable Ntarindwa wakiniraga Mukura Victory Sports. Uyu mukinnyi yamenyekanye mu mikino ikomeye ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka […]
M23 Yapinga Vikali Kuondoa Jeshi Baada ya Makubaliano

Kikundi cha waasi cha M23 kimepinga vikali taarifa za Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) kuwa kinatakiwa kuondoa majeshi yake kutoka maeneo ya mashariki mwa nchi inayoyashikilia kwa sasa. Jumamosi hii, M23 na serikali ya DRC walitia saini waraka unaoweka misingi ya msingi (“maadili ya msingi”), kabla ya kutiwa saini kwa makubaliano kamili […]
M23 dément tout retrait militaire prévu dans l’accord signé

Le mouvement rebelle M23 a rĂ©futĂ© les dĂ©clarations du gouvernement de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) selon lesquelles il devrait retirer ses troupes des zones qu’il contrĂ´le Ă l’Est du pays. Ce samedi, le M23 et le gouvernement congolais ont signĂ© un document Ă©tablissant des « principes fondamentaux », Ă©tape prĂ©alable Ă un futur […]
M23 Denies Peace Deal Requires Troop Withdrawal

The M23 rebel group has dismissed claims by the Government of the Democratic Republic of Congo (DRC) that it must withdraw its troops from eastern regions it currently controls. On Saturday, M23 and the DRC signed a document laying out “fundamental principles” as a step toward a future peace agreement between the two sides. Following […]
M23 yanyomoje Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura

Umutwe wa M23 wabeshyuje Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ugomba kuvana ingabo zawo mu bice byo mu burasirazuba bwa RDC ugenzura. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo uriya mutwe na RDC byashyize umukono ku nyandiko y’amasezerano agena “amahame y’ibanze”, mbere y’uko impande zombi zisinyana amasezerano y’amahoro. Nyuma y’uko ariya iriya nyandiko […]
Makubaliano ya Kihistoria Yasainiwa Doha: Serikali ya DRC na M23 Waanza Njia ya Amani

Muungano wa AFC/M23 na Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wamesaini makubaliano Jumamosi hii yanayoweka “kanuni za msingi” kwa ajili ya kumaliza vita vilivyodumu kwa zaidi ya miaka mitatu kati ya pande hizo mbili. Hafla ya utiaji saini iliongozwa na Waziri wa Nchi katika Wizara ya Mambo ya Nje ya Qatar, Dkt. Mohammed bin […]
Percée à Doha : Le Gouvernement Congolais et le M23 Signent un Accord de Principes pour la Paix

La coalition AFC/M23 et le Gouvernement de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo ont signĂ© ce samedi un accord dĂ©finissant les “principes de base” visant Ă mettre fin Ă la guerre qui oppose les deux parties depuis plus de trois ans. La cĂ©rĂ©monie de signature a Ă©tĂ© prĂ©sidĂ©e par le Ministre d’État au Ministère des Affaires […]
Breakthrough in Doha: DRC and M23 Sign Principles Agreement Toward Peace After Years of Conflict

The AFC/M23 coalition and the Government of the Democratic Republic of Congo signed an agreement this Saturday establishing the “basic principles” to end the war the two parties have been engaged in for more than three years. The signing ceremony was led by Qatar’s Minister of State at the Ministry of Foreign Affairs, Dr. Mohammed […]
M23 na RDC byateye intambwe igana ku guhagarika intambara

Ihuriro AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu byashyize umukono ku masezerano agena “amahame y’ibanze”, mu rwego rwo gushyira iherezo ku ntambara impande zombi zimaze imyaka irenga itatu zirwanamo. Umuhango wo gushyira umukono ku nyandiko y’ariya masezerano wayobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Dr. Mohammed […]
Sadate Munyakazi Akana Kugombea Uongozi wa FERWAFA: “Sina Muda”

Aliyekuwa rais wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, ametangaza kuwa hatawania nafasi yoyote katika uchaguzi ujao wa Shirikisho la Soka la Rwanda (FERWAFA). Tangazo hili limekuja baada ya ujumbe alioweka kwenye mtandao wa X kuzua mkanganyiko kwa watu wengi, waliodhani huenda alikuwa anajiandaa kuwania uongozi wa FERWAFA. Mwandishi wa habari Oswald Mutuyeyezu wa Radio & TV10 […]
Sadate Munyakazi écarte toute candidature à la tête de la FERWAFA : « Je n’ai pas le temps »

L’ancien prĂ©sident de Rayon Sports, Sadate Munyakazi, a annoncĂ© qu’il ne se portera pas candidat Ă la prĂ©sidence de la FĂ©dĂ©ration Rwandaise de Football (FERWAFA), alors que de nouvelles Ă©lections sont en prĂ©paration. Cette dĂ©claration intervient après un message publiĂ© sur le rĂ©seau social X, qui a semĂ© la confusion parmi les internautes, certains pensant […]
Sadate Munyakazi Rules Out Candidacy for FERWAFA Presidency: “I Don’t Have Time”

The former president of Rayon Sports, Sadate Munyakazi, has announced that he will not run for office in the upcoming elections of the Rwanda Football Federation (FERWAFA). This announcement comes after a post on social platform X caused confusion among the public, with many speculating that he might be planning to run for the top […]
Munyakazi yahakanye ibyo kuba yayobora FERWAFA

Uwahoze ayobora Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yatangaje ko atazatanga kandidatire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu gihe hari gutegurwa amatora mashya y’ubuyobozi. Ibi yabitangaje nyuma y’ubutumwa bwo ku rubuga rwa X bwari bwashyize abantu mu rujijo bibaza niba yaba agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu wa Radio& TV10 yanditse kuri X abaza […]
Mafanikio Makubwa Yapigwa: Serikali ya DRC na M23 Wakaribia Kusaini Makubaliano ya Kusitisha Vita Doha

Muungano wa AFC/M23 na Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wanatarajiwa kusaini makubaliano Jumamosi hii yanayobainisha “kanuni za msingi” kama hatua ya kumaliza vita vilivyodumu kwa zaidi ya miaka mitatu kati ya pande hizo mbili. Makubaliano hayo yatasainiwa mjini Doha, Qatar, ambapo pande hizo zimekuwa zikifanya mazungumzo chini ya upatanishi wa familia ya kifalme […]
Accord Historique en Vue : Le Gouvernement Congolais et le M23 s’apprêtent à Signer un Cessez-le-feu à Doha

La coalition AFC/M23 et le Gouvernement de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo devraient signer ce samedi un accord dĂ©finissant les « principes de base » visant Ă mettre fin Ă la guerre que se livrent les deux parties depuis plus de trois ans. L’accord doit ĂŞtre signĂ© Ă Doha, au Qatar, oĂą les deux camps […]
Historic Deal on the Horizon: DRC Government and M23 Set to Sign Ceasefire Agreement in Qatar

The AFC/M23 coalition and the Government of the Democratic Republic of Congo are expected to sign an agreement this Saturday outlining the “basic principles” aimed at ending the war the two sides have been fighting for more than three years. The agreement is to be signed in Doha, Qatar, where both parties have been holding […]
RDC na AFC/M23 birasinyana imbanzirizamasezerano yo kurangiza intambara

Ihuriro AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu byitezwe ko basinyana amasezerano agena “amahame y’ibanze” mu rwego rwo gushyira iherezo ku ntambara impande zombi zimaze imyaka irenga itatu zirwanamo. Ni amasezerano aza gushyirirwaho umukono i Doha muri Qatar, aho impande zombi zimaze igihe ziganirira ku buhuza bwa buriya bwami. […]
Paul Biya, Miaka 92, Awania Urais kwa Mara ya Nane: Je, Cameroon Yaongozwa na Wazee Pekee?

Rais Paul Biya wa Cameroon alitangaza wiki iliyopita kuwa atawania urais kwa muhula wa nane, hatua ambayo inaweza kumfanya aongoze hadi atimize umri wa miaka 100. Biya, mwenye umri wa miaka 92, ndiye rais mzee zaidi duniani aliye madarakani kwa sasa. Kupitia ukurasa wake wa X, Biya alisema atagombea kwenye uchaguzi unaotarajiwa kufanyika Oktoba mwaka […]
Paul Biya, 92 ans, veut briguer un 8e mandat : le leadership du troisième âge au Cameroun sous les projecteurs

Le PrĂ©sident camerounais Paul Biya a annoncĂ© la semaine dernière son intention de se prĂ©senter pour un huitième mandat, ce qui pourrait le maintenir au pouvoir jusqu’à l’âge de 100 ans. Ă€ 92 ans, Biya est le doyen des chefs d’État en exercice dans le monde. Dans une publication sur son compte X, Biya a […]
Paul Biya, 92, Eyes 8th Term as Cameroon’s President Amid Criticism Over Aging Leadership

President Paul Biya of Cameroon announced last week that he plans to run for an eighth term, which could see him remain in power until he reaches the age of 100. At 92, Biya is the world’s oldest serving president. Posting on his X account, Biya said he intends to run in the upcoming elections […]
Cameroun: 6 b’urungano rw’umukambwe Biya ni bo bayoboye inzego zikomeye kurusha izindi (Amafoto)

Perezida Paul Biya wa Cameroun, mu cyumweru gishize yatangaje ko ateganya kwiyamamariza kuyobora iki gihugu muri manda ya munani ishobora gutuma yuzuza imyaka 100 y’amavuko ari ku butegetsi. Biya w’imyaka 92 y’amavuko, ni we Perezida ukuze kurusha abandi ku Isi. Uyu mukambwe acyandika ku rubuga rwe rwa X ko ateganya kwiyamamaza mu matora ateganyijwe mu […]
Rayon Sports yasinyishije abakinnyi bashya

Ikipe ya Rayon Sports FC ikomeje gahunda yo kwiyubaka mbere y’umwaka w’imikino wa 2025/2026, aho yamaze gusinyisha myugariro Bayisenge Emery, ndetse inongerera amasezerano umukinnyi wo hagati Niyonzima Olivier Sefu. Bayisenge Emery wakiniye amakipe atandukanye arimo Gasogi United ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, yasinye amasezerano y’umwaka umwe. Ku rundi ruhande, Niyonzima Sefu wari usanzwe ari umukinnyi wa […]
Ifungwa ry’umunyarwenya w’umunyarwanda muri Uganda ryateje urujijo

Hari urujijo ku itabwa muri yombi rya Swedi Habimana uzwi nka Soloba, umunyarwenya ukomeye mu Rwanda, aho amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza yambaye amapingu yinjizwa ahantu hose bigaragaza ko ari kuri sitasiyo ya Polisi muri Uganda. Amakuru y’ibanze avuga ko Soloba yari yagiye muri Uganda mu mpera z’icyumweru gishize, aho bivugwa ko yari agiye […]
Polisi yaje ku mwanya wa mbere mu nzego zamunzwe na ruswa muri Kenya

Raporo yashyizwe ahagaragara n’ishyirahamwe mpuzamahanga rirwanya ruswa n’ akarengane Transparency International mu gihugu cya Kenya yerekanye ko Igipolisi cy’ iki gihugu ari cyo kiza ku mwanya wa mbere mu nzego zamunzwe na ruswa n’ amanota 84% mu gihugu. Transparency International isohoye iyi raporo mu gihe igipolisi cya Kenya kimaze igihe kinini gishinjwa ibikorwa bikabije birimo […]
Perezida Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru wa RMB

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Nyakanga, yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Gaz na Peteroli (RMB). Itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr. Édouard Ngirente yasohoye mu cyimbo cy’Umukuru w’Igihugu ni ryo ryemeza ko Uwase yahawe ziriya nshingano. Uwase wari usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RMB, yasimbuye Kamanzi Francis […]
Sud-Kivu: Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryakubitiwe inshuro muri Rurambo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/07/2025 Twirwaneho yarwanye inkundura ubwo yasubizaga inyuma ibitero by’ iburiro ry’ ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Congo ryabyutse rigaba ku baturage b’ Abanyamurenge muri Rurambo maze ibaha isomo rikomeye, inabambura intwaro zirimo n’ iziremereye. Ni ibikubiye mu butumwa MCN yahawe mu gitondo cyo kuri […]
Gen. Muhoozi yise Bobi Wine Umurundi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine atari umunya-Uganda, ko ahubwo ari Umurundi. Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yise Kyagulanyi uyoboye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa se umunyamahanga mu butumwa aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Kabobi (nk’uko […]
Urukiko rwategetse ko Ingabire Victoire afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe umwanzuro wo gufunga by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 Ingabire Victoire Umuhoza, mu gihe hakomeje iperereza ku byaha bikomeye akurikiranyweho n’ubushinjacyaha. Nk’uko byatangajwe n’urukiko kuri uyu wa Gatanu, Ingabire akurikiranyweho ibyaha birimo gushishikariza abantu gukora ibikorwa bigamije kugirira nabi ubutegetsi buriho n’Umukuru w’Igihugu, hamwe no guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. […]
Umunyarwenya Anne Kansiime yavuze ku ifoto ye yambaye ubusa

Umukinnyi w’urwenya w’Umunya-Uganda, Anne Kansiime, yongeye kuvugisha abantu ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko hasakaye ifoto ye yambaye ubusa, ibice by’ibanga bye byonyine bipfutswe n’imbuto n’imboga. Iyi foto, yafashwe ubwo yari mu bikorwa byo gutegura igitaramo cye kizwi nka Comedy Grill muri Gicurasi 2025, yongeye gusakara kuri internet ndetse ikurura impaka ndende. Bamwe mu bakoresha imbuga […]
Igikombe cy’Amahoro cyo wenda twagitwara, ariko icya shampiyona ntitubibona: KNC

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkukiza Charles, yemeye ko ikipe ye nta bushobozi ifite ubwo kuba yatwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda. KNC yabitangarije Radio & TV10, mu kiganiro aheruka kugirana n’iki gitangazamakuru. Muri iki kiganiro ubwo uyu mugabo yari abajijwe gusobanura uko umwaka ushize w’imikino wabagendekeye, yavuze ko ari umwaka w’imikino bishimiye uko wagenze […]
Miss Muyango aricuza kuba yarabaye icyamamare

Muyango Claudine, wamamaye mu Rwanda nyuma y’uko yitabiriye Miss Rwanda ndetse akaza no kuba umugore wa Kimenyi Yves wahoze ari umunyezamu w’Amavubi, yanditse ubutumwa burebure buhumuriza no gusaba imbabazi abakunzi be, yicuza kuba yarabaye icyamamare. Mu butumwa yanyujije kuri konti ye ya Instagram, Muyango yavuze ku bikomere yatewe no kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga, ibinyoma byamuvuzweho, […]
EU yafatiye u Burusiya ibihano bishya

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wemeye gufatira u Burusiya ibihano bishya, byibasira inzego z’ingufu n’imari by’iki gihugu mu rwego rwo guca intege ubushobozi bwo gukomeza intambara bw’u Burusiya no kubuhatira guhagarika imirwano by’agateganyo muri Ukraine. Ibihano byemejwe kuri uyu wa Gatanu na ba ambasaderi ba EU i Buruseli, bibuza imikoranire yose n’amabanki 22 yo mu […]
Andre Kinyango wakiniye Mukura VS yapfuye

Umuryango wa Mukura Victory Sports watangaje inkuru ibabaje y’urupfu rwa Andre Kinyango, umwe mu banyabigwi b’iyi kipe wigeze kuyibera umunyezamu mbere ya 1977. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga rwa X rwa Mukura VS, bagize bati: “Umuryango wa Mukura Victory Sports ubabajwe no kumenyesha abakunzi b’umupira w’amaguru urupfu rw’umunyabigwi wacu Andre Kinyango.” Andre Kinyango azwi nk’umunyezamu […]
RDC yahamagaje Ambasaderi wa Uganda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ThĂ©rèse Wagner Kayikwamba, yahamagaje Ambasaderi wa Uganda i Kinshasa kugira ngo asobanure impamvu igihugu cye cyafunguye imipaka igihuza n’ibice bya Uganda bigenzurwa na M23. Ku wa 10 Nyakanga ni bwo Uganda yafunguye imipaka irimo uwa Bunagana n’uwa Ishasha, nyuma y’itegeko ryatanzwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. […]
Umuyobozi muri NAEB yatawe muri yombi na RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Habiyambere Maurice, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza imbere Iyoherezwa mu mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) ushinjwa ibyaha byo kwigwizaho umutungo n’iyezandonke. Ni nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha ry’umutungo we mu rwego rw’Umuvunyi, ritavugisha ukuri agamije guhisha inkomoko y’uwo mutungo. Ubu afungiwe kuri […]
AFC/M23 na FARDC birashinjanya gukomeza ibitero bititaye ku biganiro bya Doha

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa rirashinja Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukomeza kubagabaho ibitero ititaye ku biganiro by’amahoro bikomeje kubera i Doha muri Qatar. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi Laurence Kanyuka, abinyujije kuri X kuri uyu wa Kane ushize, itariki 17 Nyakanga 2025. Yagize ati: “AFC / M23 iramenyesha imiryango mpuzamahanga ndetse n’amahanga […]
Ghasia Lubumbashi: Gavana Kyabula Atoweka Baada ya Kulaani Rwanda

Yote yalianza tarehe 1 Julai kwenye mkutano ulioitishwa na Gavana Jacques Kyabula. Katika video iliyosambaa baadaye, alimshambulia Rwanda vikali, akilishutumu kwa kuanzisha vita mashariki mwa nchi. Kwa maoni yake, Rwanda linapaswa kuwa linalolengwa, badala ya Joseph Kabila (aliyekuwa Rais) na Corneille Nangaa, mratibu wa Alliance Fleuve Congo (AFC), ambao aliwataja kuwa Wakongo wa kweli. Aliongeza […]
Crise à Lubumbashi : le Gouverneur Kyabula introuvable après des propos virulents contre le Rwanda

Tout a commencĂ© le 1er juillet lors d’une rĂ©union dirigĂ©e par le Gouverneur Jacques Kyabula. Dans une vidĂ©o qui a ensuite circulĂ©, il a violemment attaquĂ© le Rwanda, l’accusant d’avoir dĂ©clenchĂ© la guerre dans l’est du pays. Pour lui, le Rwanda doit ĂŞtre la prioritĂ©, au lieu de s’en prendre Ă l’ancien PrĂ©sident Joseph Kabila […]
Tension in Lubumbashi: Governor Kyabula Disappears After Criticizing Rwanda

Everything started on July 1st during a meeting led by Governor Jacques Kyabula. In a video that later surfaced, he heavily criticized Rwanda, accusing it of starting the war in the eastern part of the country. According to him, Rwanda must be the primary focus, instead of targeting former President Joseph Kabila and Corneille Nangaa, […]
Guverineri wa Haut Katanga amaze icyumweru aburiwe irengero

Byose byatangiye ku itariki ya 1 Nyakanga mu nama Guverineri Jacques Kyabula yakoresheje. Muri videwo yagiye ahagaragara, yibasiye u Rwanda bikabije, arushinja kuba rwaratangije intambara mu burasirazuba bw’igihugu. Ku bwe, u Rwanda rugomba kwibandwaho, aho kwibanda k’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila n’umuhuzabikorwa wa Alliance Fleuve Congo (AFC), Corneille Nangaa, avuga ko ari Abanyekongo. Yakomeje avuga […]
Jenerali Mkuu Franck Ntumba Akamatwa kwa Tuhuma za Njama ya Mapinduzi dhidi ya Rais Tshisekedi

Luteni Jenerali Franck Ntumba, kiongozi wa operesheni za kijeshi katika ofisi ya Rais FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, ameripotiwa kutiwa mbaroni kulingana na taarifa kutoka nchini humo. Ripoti zinaonyesha kuwa Jenerali huyo alikamatwa siku ya Jumatano, tarehe 16 Julai, kabla ya kuhojiwa na Baraza la Usalama wa Taifa (CNS) la DRC. […]
Le général Franck Ntumba, bras droit militaire de Tshisekedi, arrêté pour tentative présumée de coup d’État

Le lieutenant-gĂ©nĂ©ral Franck Ntumba, responsable des opĂ©rations militaires au sein du cabinet du PrĂ©sident FĂ©lix Antoine Tshisekedi de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo, a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©, selon des sources provenant du pays. Les informations indiquent que ce gĂ©nĂ©ral a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© le mercredi 16 juillet, avant d’être interrogĂ© par le Conseil National de SĂ©curitĂ© (CNS) […]
Top Presidential Military Advisor Lt. Gen. Franck Ntumba Arrested in Alleged Coup Plot Against President Tshisekedi

Lieutenant General Franck Ntumba, who heads military operations in the office of President FĂ©lix Antoine Tshisekedi of the Democratic Republic of Congo, has been reported arrested, according to sources from the country. Reports indicate that the General was arrested on Wednesday, July 16, before being interrogated by the National Security Council (CNS) of the DRC. […]
Undi Jenerali wakoranaga bya hafi na Tshisekedi yatawe muri yombi

Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Franck Ntumba ukuriye ibikorwa bya gisirikare mu biro bya Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko afunzwe. Amakuru avuga ko ku wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ari bwo uyu Jenerali yatawe muri yombi, mbere yo guhatwa ibibazo n’Inama Ishinzwe Umutekano w’Igihugu muri RDC […]
HRW yongeye kugaba igitero ku Rwanda

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human Rights Watch wongeye kwibasira u Rwanda urushinja kubuza ubwisanzure, gufasha umutwe wa M23, kwanga kwakira umukozi wayo n’ibindi. HRW ivuga ko mu 2021, intumwa z’u Rwanda zagaragaje ko zishyigikiye ibyifuzo 160 kuri 284 rwagejejweho zirimo ibijyanye no kubona ubutabera n’imiti, imiterere ya gereza n’ifungwa, n’uburenganzira bwo kuvuga no kwishyira […]
Sud-Kivu: FARDC n’abafatanyabikorwa bagabye ibitero bigamije kwibasira Abanyamulenge

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 17 Nyakanga, igisirikare cya leta ya Congo FARDC,gifatanyije n’ imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, igisirikare cy’u Burundi, ndetse n’FDLR, batangiye kugaba ibitero ku baturage b’abanyamulenge batuye mu bice bya Rudefu, Kahololo, na Rwikubo, byo muri Rurambo. Umutwe wa Twirwaneho ukorera muri Kivu y’Amajyepfo, watanze ubutumwa bw’ imbuzi […]
RDC yemeye kwishyura FC Barcelona miliyoni 46$ zo kuyamamaza

Ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yemeye miliyoni 46$ mu gihe cy’imyaka ine yo kwamamaza igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagamijwe guteza imbere ubukerarugendo bwacyo. Nk’uko bigaragara mu masezerano Ibiro Ntaramakuru Reuters byabonye, aya masezerano yo ku itariki 29 Kamena avuga ko ikirango (logo) kigaragaza iki gihugu nka “Umutima wa Afurika” kizaboneka […]