Igiciro cyagabanyijwe kubifuza gukorera ibirori mu busitani bwa Zenith Garden burimo indabyo zitoshye, buherereye I Gasanze, mu karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe, isabukuru, inama, kwifotorezamo, gusaba no gukwa n’ibindi birori bitandukanye, ukabikora wisanzuye kubera ubwiza ni ubunini bwayo.
Zenith Gardin ni ahantu hisanzuye wakwakirira inshuti n’abandimwe nta nkomyi , harazitiye, ushyiramo amahema atandukanye yakwakirirwamo abantu basaga 1000, by’umwihariko hakaba hafite n’igice cya pisine, abashaka koga no kwifotoza bifashisha, ubu busitani bukaba bubereye uwabukoreramo wese cyane muri iki gihe cyo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid19 kuko hafite umwanya munini wakwakira abantu benshi ushaka.
Ubu busitani bufite n’inzu yabugenewe yo kubamo igihe gito (Maison de passage), irimo uburiri, igikoni, ubwogero n’ubwiherero, salo, ububiko ndetse na parikingi hanze. Ushobora kuhakorera imihango yo gusaba n’ubukwe udasohotse aho uri , wahamara iminsi n’abashyitsi ariho bagusura mbere y’uko wurira rutemikirere cyangwa se ukerekeza n’ahandi wateguye nyuma y’ubukwe bwawe.
Ushaka kuhakorera cyangwa kuhafata hakiri kare wahamagara cyangwa ukatwandikira kuri kuri telephone 0788653893.
Temera Zenith Garden
1 Ibitekerezo
Munyaneza Kuwa 16/02/22
Aha hantu Ni Heza Cyane rwose Ni ah’Ibirori koko.
Subiza ⇾Tanga igitekerezo