Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika yasanzwe mu icumbi yari yakodesheje yapfuye mu gace ka Giporoso, i Remera mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Urupfu rw’uyu mukobwa rukaba rukiri amayobera.
Bwiza TV ubwo yageraga ku icumbi (Lodge) uyu mukobwa yari acumbitsemo yanaje gupfiramo ahazwi nko muri korodori/ Giporoso, yahasanze imbaga y’abantu yari ihashungereye ndetse n’inzego z’umutekano zihari hamwe n’urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwakoraga akazi karwo ari narwo rwaje kuhakura uwo murambo.
Abenshi mu bari bamuzi bemeza ko bari bamuzi ku izina rya Karashika akaba ngo yakoraga uburaya muri aka gace.
REBA Video, Bwiza tv yaganiriye n’abari bahari
Izindi Nkuru Bijyanye
Isangize abandi
1 Ibitekerezo
NIYONZIMA J.DELA CROIX Kuwa 26/03/21
aha akindaya kagezweho wabona yarariye inka yanyangara ubwose ahari ndibizabazwa abamuhaye iryo cumbi ntamusekirite waru
Subiza ⇾Tanga igitekerezo