• Ahabanza
  • amakuru
    Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
    Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
    Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
    Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
    Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
  • ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
    Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma, aha imyanya ikomeye Bemba na Kamerhe
    Perezida Paul Kagame ari i Doha
    Tshisekedi yibasiye u Bwongereza kubera u Rwanda
    Ibintu 3 Gen. Muhoozi yigiye kuri Perezida Kagame
    Perezida wa Tanzania ntashyigikiye ko ingabo za EAC zirasa M23
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Amavubi ashobora gusubizwa amahirwe yo kwakirira Bénin i Huye?
    Cristiano yashimagije shampiyona ya Saudi Arabia, ayigereranya n’izikomeye i Burayi
    Amavubi y’abakinnyi 10 akuye inota rimwe kuri Bénin
    Min. Munyangaju abona ’abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije Bénin kurusenya no kurusebya
    Mesut Özil yasezeye ku mupira w’amaguru
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Inkuru zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Inkuru zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Legal Stuff
  • Privacy Policy
  • Manage Cookies
  • Terms and Conditions
  • Partners
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
amakuru

Urukiko rwa EAC rwagize Perezida Nkurunziza umwere

TUYIZERE JD
Yanditwe na TUYIZERE JD
Yanditswe kuwa 05/12/2019 14:44

Tariki ya 3 Ukuboza 2019 i Arusha muri Tanzania, urukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba rwanzuye ko manda yitwa iya gatatu ya Perezida Nkurunziza yakurikije itegekonshinga ry’u Burundi.

Iyu manda ya Perezida Nkurunziza yatangiye mu 2015, ikaba izarangira mu 2020. Atangaza ko agiye kwiyamamariza manda yiswe iya gatatu, byakuruye impaka ndetse n’umutekano muke mu Burundi.

Abatarishimiye ko yakongera kuyobora, bifashishije itegekonshinga rivuga ko Umukuru w’Igihugu atagomba kurenza manda ebyiri, buri imwe ikagira imyaka itanu.

Umucamanza Monica Mbokanyi ati: "Turemeza ko manda ya perezida kuva mu 2015 kugeza mu 2020 idahabanye n’itegekonshinga."

Perezida w’uru rukiko na we yemeje ko manda ya Pierre Nkurunziza yubahirije ingingo ya 96 yo mu 2005, yemeza ko umukuru w’igihugu agomba kuyobora manda ebyiri, buri imwe ikagira imyaka itanu.

Uru rukiko rwafashwe nk’urwirengagije ukuri nkana kandi ngo byarugiraho ingaruka zo gutakarizwa ikizere ku bwo kutimakaza demukarasi, uburenganzira bw’ikiremwamuntu ndetse n’imiyoborere myiza nk’uko Vital Nshimiyimana, umwe mu bagize umuryango uharanira inyungu z’abaturage yabitangaje nk’uko twabibonye mu nkuru ya SOS Media.

Manda Perezida Nkurunziza amaze kuyobora u Burundi

Perezida Nkurunziza yatangiye kuyobora u Burundi mu 2005 adatowe ahubwo bishingiye mu biganiro by’abari bahanganye byasojwe n’amasezerano yiswe ay’Arusha yatumye hajyaho inzibacyuho y’ubutegetsi busaranganyijwe. Yamaze imyaka itanu ku nzibacyuho (transition). Yatowe bwa mbere n’abaturage nk’Umukuru w’Igihugu mu 2010, yongera gutorwa bwa kabiri mu 2015.

Ku ruhande rwa Pierre Nkurunziza, imyaka itanu yamaze ayoboye inzibacyuho ntigomba kubarwa kuko ntiyatoye. Ubusanzwe no muri politiki z’ibindi bihugu, ntabwo igihe umuntu amaze ku nzibacyuho kibarwa kandi burya inzibacyuho ntigira igihe.

Mu nzibacyuho, Umukuru w’igihugu yayobora umwaka umwe, ibiri, itanu cyangwa icyenda kandi nyuma yayo yakwemererwa kuyobora nk’umuyobozi mushya. Wakwibaza uti: " ese iyo Nkurunziza aza kuyobora inzibacyuha imyaka iri munsi cyangwa irenga itanu, hari kubamo uku kutumvikana?" Twibaze iyo uyu Mukuru w’igihugu ayobora inzibacyuho imyaka itatu gusa; yari kubarwa nka manda?

Ikibazo abatumva ibya manda yo mu 2015 bafite bivugwa ko ari ugusobanukirwa itegekonshinga (interpretation de la loi fondamental, constitution) kuko ngo ntibumva ukuntu imyaka itanu ya mbere Nkurunziza yamaze itabarwa nka Manda, ariko abandi bati: " yabarwa ite kandi ataratowe?"

Kutumva kimwe ibijyanye n’itegekonshinga byakuruye imvururu mu gihugu, umutekano uba muke, abantu barapfa igihugu kijya mu kaga katoroshye kahungabanyije ubuzima bwacyo muri rusange.

Habayeho ibiganiro binyuranye biyobowe n’uwari perezida wa Tanzania, Jakaya Kikwete ndetse na Museveni wa Uganda ariko ntibyagize icyo bigeraho gifatika.

Hakurikiyeho kandi ’coup d’état’ tariki ya 13 Gicurasi 2015 yaburijwemo ibintu, birushaho kuzamba kuko nyuma yaho havuzwe imitwe itandukanye ya gisirikare irwanya Nkurunziza kugeza ubu igihugu kikaba kimeze nk’ikiri mu ntambara.

Kubera ibyo bibazo byose byatumye ubukungu busubira inyuma, imibereho y’abaturage irazamba, ikindi Umukuru w’Igihugu ntasohoka ajya mu mahanga.

Ikirego muri urwo rukiko cyari cyatanzwe n’abaharanira inyugu z’abaturage bari mu buhugiro. Uyu mwazuro ukaba usohotse nyuma y’imyaka 4 hasigaye amezi arindwi gusa ngo manda ya 2015-2020 irangire. Uyu mwanzuro w’urukiko waba ufasha ishyaka rya Nkurunziza kugira akanyabugabo ko kuzatsinda anatora ataha? Ni ibyo gutega amaso.

Izindi Nkuru Bijyanye


U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Izindi wasoma

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40

Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe

TAGGED: Business, Money, Motivation, Startup
SOURCES: bwiza.com, BWIZA TV
VIA: BWIZA MEDIA, BWIZA MEDIA
Ruby Staff August 11, 2021
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe
Telegram Follow

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions
- KWAMAMAZA -

Amakuru Agezweho

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Mexico: Inkongi y'umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy'ibifaru yari imaze iminsi isaba
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibifaru yari imaze iminsi isaba
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
Rusizi: Mukabutera warokotse jenoside aratabaza
Rusizi: Mukabutera warokotse jenoside aratabaza
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Amavubi ashobora gusubizwa amahirwe yo kwakirira Bénin i Huye?

Biravugwa

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
29/03/23 08:41
Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
29/03/23 08:14
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Mexico: Inkongi y'umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
29/03/23 07:52
Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
28/03/23 20:11
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
amakuru

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu

Nk’uko amakuru aturuka mu nzego za diplomasi agera kuri Africanews abitangaza, ngo biteganijwe (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD
amakuru

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD
amakuru

Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40

Abantu benshi bapfuye abandi barakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ikigo (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.