Myanmar: Umubikira yashimwe na benshi ku bw’igikorwa kidasanzwe yakoreye mu maso y’abapolisi
Umubikira witwa Ann Rose Nu Tawng wo mu gihugu cya Myanmar [cyangwa Burmanie], yashimwe na benshi nyuma y’igikorwa cy’ubutwari yakoze cyo kurokora ubuzima bw’abana bato bashoboraga guhutazwa na Polisi ubwo yavudukanaga abigaragambya. Ifoto y’uyu mubikira wari wambaye ikanzu y’umweru, apfukamye imbere y’abapolisi bo mu gatsiko kahiritse ubutegetsi asa n’uterana na bo amagambo, ikomeje guca ibintu […]
RDC: Ingabo z’u Burundi zabonwe muri Kivu y’Amajyepfo
Ishyirahamwe ryo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryavuze ko kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ingabo z’u Burundi zikomeje kugaragara muri iyi ntara zikurikiye inyeshyamba za Red-Tabara. Itangazo iri shyirahamwe ryitwa MSV (Mouvement de Solidarité aux Victimes de la Guerre de Moyens et Hauts Plateaux d’ltombwe) riheruka gusohora, rivuga […]
Rubavu: Hangijwe urumogi na kanyanga bifite agaciro k’asaga Frw miliyoni 200

Ku wa Kabiri Tariki ya 09 Werurwe, mu murenge wa Nyakiliba mu karere ka Rubavu habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro k’abarirwa muri Frw miliyoni 200. Ibiyobyabwenge byangijwe bingana n’ibiro 1,800; birimo urumogi rungana n’ibiro 1,550 n’inzoga ziganjemo Kanyanga. Umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Habyarimana Gilbert, yavuze ko biriya biyobyabwenge byangijwe ari ibyagiye bifatwa mu […]
FC Zürich yasabye Lague Byiringiro kuyisura, yemera kuzamwishyurira ibyo azakenera byose
Ikipe ya FC Zürich yo mu kiciro cya mbere mu Busuwisi, yatumiye rutahizamu wa APR FC, Byiringiro Lague, imusaba kuzayisura i Zürich mu gihe cy’iminsi 10. Saa yine n’iminota 20 z’itariki ya 03 Werurwe, BWIZA yanditse inkuru ivuga ko https://bwiza.com/?League-Byiringiro-yabengutswe-na-FC-Zurich-iri-mu-zikomeye-mu-Busuwisi Icyo gihe amakuru yavugaga ko uyu musore usanzwe akinira APR FC n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ agomba […]
IGP Munyuza yasabye Abapolisi boherejwe muri Sudani y’Epfo kutazinuba abaturage
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, yasabye itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda biteguraga kujya mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo kwirinda kuzinuba abaturage baho, no guseka ibyo bazahabona batazaba bamenyereye mu muco Nyarwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Werurwe ni bwo IGP Dan Munyuza […]
FC Porto y’abakinnyi 10 yarijije Cristiano Ronaldo na bagenzi be
Ikipe ya Juventus ya Cristiano Ronaldo yasezerewe muri UEFA Champions league itarenze 1/8 cy’irangiza, nyuma yo gutsinda FC Porto yo muri Portugal ibitego 3-2. Igitego cyo ku munota wa 115 w’umukino cya Sergio Oliveira cyari gihagije ngo Porto y’abakinnyi 10 isezerere Juventus ya Ronaldo. Iyi kipe yo muri Portugal yakinnye igice cya kabiri hafi ya […]
Musanze: Umwana w’imyaka 2 yaguye mu kidendezi cy’amazi cyo mu baturanyi arapfa
Mu ma saa tatu z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 9 Werurwe 2021, umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka ibiri y’amavuko, yaguye mu kidendezi cy’amazi birangira yitabye Imana. Byabereye mu mudugudu wa Ngenzi, Akagari ka Murwa, Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze, ubwo ababyeyi b’uwo mwana bari bazindukiye mu murima guhinga, bakamusiga ku […]
Perezida Museveni yarahiriye kujyana ikinyamakuru Daily Monitor mu nkiko
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ateganya kujyana mu nkiko ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri kiriya gihugu ashinja kumuharabika. Mu kwezi gushize kwa Gashyantare Daily Monitor iri mu binyamakuru bikomeye muri Uganda, yatangaje ko Perezida Museveni n’abantu be ba hafi bakingiwe COVID-19 mu ibanga, mu gihe Uganda yari itarakira inkingo za kiriya cyorezo […]
2021: Djihad Bizimana yabaye umukinnyi wa Kane w’Amavubi wambitse impeta umukunzi we

Djihad Bizimana ukina hagati mu kibuga mu kipe ya Waasland Beveren yo mu Bubiligi no mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’, yabaye umukinnyi wa kane w’u Rwanda wambitse impeta umukunzi we muri uyu mwaka wa 2021. Djihad yambikiye umukunzi we impeta mu mujyi wa Antwerp mu gihugu cy’Ububiligi. Uyu musore ukomoka i Rubavu yemeje ko yambitse impeta […]
Kenya yakumiriye ku butaka bwayo ibigori n’amagi bya Uganda
Kenya iheruka kongera ibigori n’amagi ya Uganda na Tanzania ku rutonde rw’ibicuruzwa by’iki bihugu bitemerewe gukandagira ku isoko ryayo. Ni nyuma y’uko muri Mutarama Kenya yari yakumiriye ku isoko ryayo inkoko na foromaje ziturutse muri Uganda. Mu rwandiko rwo ku wa 14 Mutarama, Kenya yari yavuze ko ikumiriye ku butaka bwayo inyama, inkoko n’amagi biturutse […]
Amavubi yatangiye imyitozo ikaze yitegura Mozambique na Caméroun (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Werurwe, abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi babyukiye mu myitozo bitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Caméroun bafite mu minsi iri imbere. Ni imyitozo yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni imyitozo yitabiriwe n’abakinnyi bakina imbere mu gihugu, bijyanye n’uko umunani […]
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Umugabo witwa Nsabigaba Jean Paul wari utuye mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere bamusanze amanitse mu cyuma kiri mu kibuga cyo hafi y’aho yari atuye yapfuye, nyuma yo guherekeza inshuti ze zari zamusuye. Nyakwigendera w’imyaka 25 wari uzwi ku izina rya Danny, yabaga mu Mudugudu wa […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye yahaye imbabazi imfungwa zirenga 5,000
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka gutanga imbabazi ku mfungwa 5,255 zari zifungiye ibyaha bitandukanye. Ni ku ncuro ya kabiri umukuru w’igihugu cy’u Burundi atanze imbabazi ku mfungwa kuva yagera ku butegetsi mu mwaka ushize, nyuma yo kubabarira abanyamakuru b’igitangazamakuru cya Iwacu. Abahawe imbabazi na Perezida Ndayishimiye, barimo abari barakatiwe igifungo kitarengeje imyaka itanu ariko […]
Joan Laporta ushyize imbere kurinda Messi ni we watorewe kuyobora FC Barcelona
Umunya-Espagne Joan Laporta yatorewe kuyobora FC Barcelona ku ncuro ya kabiri, nyuma yo gutsinda amatora yabaye ku Cyumweru Tariki ya 07 Werurwe. Laporta ushyize imbere kurinda Lionel Messi ntagire indi kipe yerekezamo, yatsinze ariya matora ku kigero cya 54%. Uyu mugabo w’imyaka 58 y’amavuko, yatorewe kuyobora Barcelona asimbuye Josep Maria Bartomeu weguye mu mwaka ushize. […]
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zarwanye n’ingabo z’u Burundi ku Cyumweru gishize
Ku Cyumweru tariki ya 28 Gashyantare, ingabo z’u Rwanda zakozanyijeho n’iz’u Burundi, mu mirwano yabereye ku musozi wa Twinyoni [mu ntara ya Cibitoke] hafi y’umupaka ugabanya ibihugu byombi. Ni imirwano yamaze igihe gito, nyuma iza guhagarara bigizwemo uruhare n’inzego z’ubutasi bwa gisirikare z’ibihugu byombi, nk’uko ikinyamakuru Jeune Afrique dukesha iyi nkuru cyabitangaje. Ntacyo impande z’ibihugu […]
Umuhanzi Platini ntakibarizwa mu ngaragu (Amafoto)

Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye mu tsinda ‘Dream Boyz’ yahoze ahuriyemo na Mujyanama Claude ‘TMC’, ntakiri ingaragu nyuma yo gusezerana n’umukunzi we. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Platini yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Ingabire Olivia usanzwe ari umunyeshuri wa Kaminuza. Aba bombi bahamirije isezerano ryabo ku biro by’umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo. Ni […]
Djihad na Ally ntibari muri 31 b’Amavubi Mashami yahamagariye kwitegura Mozambique na Caméroun
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, MASHAMI Vincent yahamagaye abakinnyi 31 bagomba gutangira imyiteguro mu rwego rwo guhatanira itike y’Igikombe cya Afurika. U Rwanda rufite imikino ibiri mu minsi iri imbere harimo uwo rugomba guhuramo na Mozambique i Kigali ku wa 24 Werurwe 2021 ndetse n’uzaruhuza na Cameroon ku wa 30 Werurwe 2021 muri Cameroon. Mu bakinnyi […]
Musanze FC yabaye ikipe (Club) ya mbere mu Rwanda ikingiye abakinnyi bayo COVID-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu abakozi bose b’ikipe ya Musanze FC bahawe ikiciro cya mbere cy’inkingo za COVID-19, iyi kipe yo mu majyaruguru iba iya mbere mu Rwanda ikingiye abakozi bayo. Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu ubwo igikorwa cyo gukingira cyatangiraga mu gihugu hose, Perezida wa Musanze FC, Tuyishime Placide, Umuvugizi wayo, […]
Gatsibo: Gitifu w’Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n’abarimo Gitifu w’umurenge
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Bibare gaherereye mu murenge wa Muhura w’akarere ka Gatsibo, ari mu bitaro nyuma yo gukubitwa na Gitifu w’umurenge afatanyije n’abashinzwe umutekano, bakaveshya ko yari yasinze. Kuwa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021 ahagana saa Mbili z’ijoro mu Mudugudu wa Rwangendo mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Muhura, abantu icumi bafatiwe […]
Iraq: Papa Francis yaramburiye ibiganza ku Bayisilamu b’aba-Shiite
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis uri mu ruzinduko rw’amateka mu gihugu cya Iraq, kuri uyu wa Gatandatu yaramburiye ibiganza ku Bayisilamu b’aba-Shiite bo muri kiriya gihugu, mbere yo kubonana na Grand Ayatollah Ali Sistani ubayobora. Papa Francis na Sistani bahuriye mu rugo rw’uriya Mushiya mukuru ruherereye mu mujyi Mutagatifu wa Najaf. Ku […]
Kagere na bagenzi be bemerewe akayabo n’umuherwe ngo batsinde Al Merrick
Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Meddie Kagere na bagenzi be bakinana muri Simba Sports Club, bemerewe agahimbazamusyi gatubutse n’umuherwe Mohammed Dewji uyobora iriya kipe ngo batsinde Al Merrick yo muri Sudani. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Simba Sports Club iza kuba yesurana na Al Merrick, mu mukino wa CAF Champions league wo mu tsinda rya […]
Joseph Kabila byavugwaga ko yahungiye i Dubai yagarutse muri RDC
Uwahoze ari Perezida wa Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yamaze kugaruka muri kiriya gihugu nyuma y’ibyumweru bibiri bivugwa ko yagihunze. Ku wa 22 Gashyantare ni bwo Kabila yahagurutse i Lubumbashi yerekeza i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. Nyuma haje gukwirakwira amakuru avuga ko uyu mugabo ashobora kuba yafashe iy’ubuhungiro, bijyanye no kuba […]
Misiri: Team Rwanda yegukanye umudari wa mbere wa Zahabu muri shampiyona Nyafurika
Umunyarwanda Tuyizere Etienne, kuri uyu wa Gatanu yegukanye umudari wa Zahabu muri shampiyona Nyafurika y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje kubera mu gihugu cya Misiri. Tuyizere yegukanye uyu mudari nyuma yo kwitwara neza mu isiganwa ryo mu muhanda (Road Race) mu ngimbi, aho abasiganwa bakoze intera ya kilometero 84. Tuyizere yakoze iriya ntera mu gihe […]
Kenya: Umusore w’Umunyarwanda witeguraga gutangira Kaminuza yaguye mu mpanuka
Umusore w’Umunyarwanda witwa Numviyimana Pacifique witeguraga gutangira Kaminuza i Nairobi mu gihugu cya Kenya, yitabye Imana azize impanuka. Urupfu rw’uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka i Musanze mu majyaruguru y’u Rwanda, BWIZA yayahamirijwe n’abagize umuryango we. Mukuru wa nyakwigendera witwa Niyonsaba Jean de la Paix, yabwiye iki gitangazamakuru ko murumuna we yitabye Imana ku wa […]
Liverpool yaciye agahigo kabi kari kamaze imyaka 129
Ikipe ya Liverpool yaraye itsinnzwe na Chelsea igitego 1-0, ica agahigo kari kamaze imyaka 129 ko gutsindwa imikino itanu yikurikiranya iri ku kibuga cyayo. Igitego cyo ku munota wa 42 w’umukino cya Mason Maunt cyari gihagije kugira ngo Chelsea ikure amanota atatu kuri Liverpool yahise ayigeza ku mwanya wa kane ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona […]
Bobi Wine yakuruye impaka kubera uwo yise Perezida wa Venezuela baganiriye
Umunya-Politiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yateje impaka mu bakoresha Twitter nyuma yo gutangaza ko yaganiriye na Juan Guaido yise Perezida wa Venezuela. Ku wa Gatatu Bobi Wine yavuze ko yishimiye “Kuvugana na Perezida Juan Guaido wa Venezuela kuri uyu mugoroba.” Uyu muhanzi wahindutse umunyapolitiki yavuze ko we […]
Tuyisenge Jacques yamaganye amakuru amujyana muri Yanga Africans
Rutahizamu wa APR FC n’Iikipe y’igihugu Amavubi, Tuyisenge Jacques, yahakanye amakuru amwerekeza muri Young Africans yo muri Tanzania. Ku mugoroba wo kuwa Gatatu tariki ya 3 Werurwe, ku mbuga Nkoranyambaga hacicikanye amakuru avuga ko Tuyisenge yaba yuriye rutemikirere yerekeza muri Tanzaniya kuvugana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Young SC. Uyu musore usanzwe ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abakina […]
Piqué yaririmbwe na benshi nyuma yo guhemukira Sevilla ku munota wa nyuma
Ikipe ya FC Barcelona yakoze ibyo abenshi batatekerezaga, itsinda Sevilla FC ibitego 3-0 byatumye igera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’umwami. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wo kwishyura wa Copa del Rey (igikombe cy’umwami) wakiniwe i Camp Nou. Umukino ubanza wari warabaye mu byumweru bibiri bishize Barcelona yari yarawutsinzwemo ibitego 2-0, bityo ikaba yasabwaga […]
Tanzania: Ababikira 60 n’abapadiri 25 bapfuye mu mezi abiri ashize
Kiliziya Gatolika muri Tanzania iravuga ko mu mezi abiri ashize, Ababikira 60 n’abapadiri 25 bapfuye nyuma yo kwerekana ibimenyetso by’icyorezo cya Coronavirus. Umunyamabanga w’Inama Nkuru y’Abepiskopi muri Tanzania, Padiri Charles Kitima, yavuze ko Covid-19 ari ukuri muri Tanzania, mu gihe Perezida John Pombe Magufuli yakunze kugaragaza ko iki cyorezo nta kiriho. Padiri Kitima yemeje aya […]
Perezida Kagame yishimiye cyane inkingo za COVID-19 zashyikirijwe u Rwanda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko yishimiye cyane inkingo z’icyorezo cya COVID-19 u Rwanda rwashyikurijwe, nyuma y’igihe kirekire ruzitegereje. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 03 Werurwe, ni bwo u Rwanda rwakiriye icyiciro cya mbere cy’inkingo za Coronavirus ibihumbi 240 zo mu bwoko bwa AstraZeneca zatanzwe muri gahunda ya Covax, igamije […]
Museveni ukomeje kotswa igitutu yagiranye inama n’abakomanda b’igisirikare na Polisi
Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’icyo gihugu, Yoweri Kaguta Museveni, yagiranye inama n’abayobozi bakuru b’ingabo na Polisi, mu gihe akomeje kotswa igitutu n’abatari bake. Inama ya Museveni n’abakomanda b’igisirikare na Polisi yabaye ejo ku wa Kabiri, yibanda ku bibazo by’umutekano byugarije Uganda. Perezida Museveni n’umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ukuriye umutwe w’ingabo […]
Amerika yafatiye Uburusiya ibihano ibushinja amarozi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano Uburusiya, kubera amarozi bivugwa ko yahawe Alexei Navalny utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Vladimir Putin. Umwe mu bayobozi ba Amerika aganira n’itangazamakuru, yavuze ko ibihano byafatiwe abayobozi barindwi b’Uburusiya n’ibigo 14 byo muri kiriya gihugu byagize uruhare mu gukora ariya marozi. Amerika yatangaje ko yakoze iperereza igasanga […]
Lague Byiringiro yabengutswe na FC Zürich iri mu zikomeye mu Busuwisi
Rutahizamu ukina uca ku mpande wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Lague Byiringiro, yamaze kubengukwa n’ikipe ya FC Zürich ibarizwa mu kiciro cya mbere mu Busuwisi. Radio B&B FM-Umwezi dukesha iyi nkuru iravuga ko uyu musore azahaguruka i Kigali mu cyumweru gitaha yerekeza i Zurich aho azaba agiye gukora ikizamini cy’ubuzima. Mu gihe uyu musore […]
Niba uri Umuhutu ubwo buhutu bwawe ni nde uzaburya?_Perezida Ndayishimiye
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabwiye abaturage b’igihugu cye ko kwitwa ‘Umuhutu cyangwa Umututsi’ nta wabirya, ashimangira ko icy’ingenzi ari ukurangwa n’ubumwe. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 01 Werurwe, ubwo yari muri Komini Buraza ho mu ntara ya Gitega, aho yari yitabiriye ibirori byo kwishimira intsinzi y’ishyaka CNDD-FDD mu matora y’umukuru w’igihugu […]
Padiri Ubald yaranzwe n’impuhwe n’urukundo_ACP Réverien Rugwizangoga
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru, Assistant Commissioner of Police Révérien Rugwizangoga, yavuze ko n’ubwo Padiri Ubald yakuriye mu rwango rushingiye ku macakubiri n’itotezwa, we yabirenze agakurana ‘umutima wuzuye urukundo, n’impuhwe nyinshi yagiriraga bose’. ACP Rugwizangoga usanzwe ari murumuna wa nyakwigendera Padiri Ubald, yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri mu muhango wo gushyingura mukuru […]
Abajenerali batatu ba Sudani y’Epfo bapfiriye umunsi umwe
Igisirikare cya Sudani y’Epfo kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko abasirikare batatu bacyo bo ku rwego rwa ba Jenerali bahitanwe n’icyorezo cya COVID-19. Abapfuye ni Gen David Manyot Barach, Gen Elijah Alier Ayom na Gen Mabior Maket. Inkuru y’urupfu rw’aba basirikare bakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Sudani y’Epfo, Brig Gen Santo Domic Chol, wanavuze ko […]
Uwahoze ari rutahizamu wa Rayon Sports afunzwe azira gusambanya umugore w’abandi
Rutahizamu Uwimana Abdoul ‘Gakara’ wahoze akina mu kipe ya Rayon Sports, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umugore utari uwe. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko Uwimana Abdul yatawe muri yombi ku wa Mbere w’iki cyumweru, akaba afungiye kuri sitasiyo y’i Nyamirambo. Dr Murangira yagize ati: “Yafashwe […]
Gen Muhoozi na nyina bacyeje imvubu za Uganda zanditse amateka mu gikombe cya Afurika
Madamu Janet Museveni wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, bari mu banya-Uganda benshi bashimiye ‘Imvubu za Uganda’ nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika. Ku mugoroba w’ejo ku wa Mbere ni bwo ikipe y’igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 20, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe […]
Sam Karenzi yasabye RIB gukumira imigambi mibisha ya ‘Sadate n’abambari be’
Umunyamakuru Karenzi Samuel, yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira icyo rwakora rukaburizamo imigambi mibisha ya ‘Munyakazi Sadate (wahoze ayobora Rayon Sports) n’abambari be’. Sam Karenzi ukuriye ibiganiro by’imikino ku gitangazamakuru cya Radio/TV10, yifashishije urubuga rwa Twitter, atambutsa ubutumwa bugira buti: “Maze iminsi nkurikirana ibivugirwa kuri iyi groupe [ya WhatsApp] ya Sadate Munyakazi n’abambari be! Nabanje […]
Tshisekedi yandikiye umupfakazi w’umushoferi wa PAM wicanwe n’Ambasaderi w’Ubutaliyani
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yandikiye ibaruwa ifunguye umugore wa Moustapha Bilambo, umushoferi w’Ishami ry’Umuryango Mpuzamahanga wita ku biribwa, PAM uheruka kwicanwa na Ambasaderi w’Ubutaliyani. Ku wa Mbere tariki ya 22 Gashyantare ni bwo Bilambo yishwe ari kumwe na Luca Attanasio, Ambasaderi w’Ubutaliyani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wari […]
Bobi Wine akomeje kujya mu bibazo kubera imodoka y’akataraboneka aheruka kugurirwa
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ukuriye ishyaka ritavugarumwe n’ubutegetsi muri Uganda, ari mu bibazo kubera imodoka itabonana aheruka kugurirwa n’abamushyigikiye. Ikigo gishinzwe imisoro muri Uganda (URA) kivuga ko amakuru yatanzwe kuri iyi modoka atari yo, ndetse ko yahawe agaciro ko hasi, ibyatumye iki kigo gitumaho iyi modoka ngo yongere ikorerwe igenzura. Cyakora cyo […]
Akuzuye umutima wa Kimenyi na Miss Muyango bemeranyije kurushingana (Amafoto)

Umuzamu wa Kiyovu Sports, Kimenyi Yves, n’umukunzi we, Uwase Muyango Claudine, bateranye imitoma nyuma y’uko bari bamaze kwemeranya kuzabana nk’umugabo n’umugore. Ku Cyumweru tariki ya 28 Gashyantare ni bwo Kimenyi yambitse impeta Muyango bamaze imyaka ibiri bakundana amusaba kuzamubera umugore, undi ntiyazuyaza kubyemera. Kimenyi abinyujije kuri Instagram ye, yagaragaje ko ari ibyishimo bikomeye kuba Muyango […]
Kimenyi Yves na we yateye ivi asaba Miss Muyango kumubera umugore
Umuzamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ na Kiyovu Sports, Kimenyi Yves yateye ivi kuri iki cyumweru asaba umukunzi we Uwase Muyango ko yazamubera umugore. Ni umuhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru aho wabereye muri Gasabo mu murenge wa Kinyinya muri Kagugu aho yamusabye kuzamubera umugore. Uwase Muyango wagukanye ikamba rya Nyampinga uzi kwifotoza kurusha abandi […]
Perezida Ndayishimiye yaheje u Rwanda mu ijambo yavugiye mu nama ya EAC
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanze kuvuga u Rwanda mu kanwa ke, ubwo yagezaga ijambo ku bakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya 21 y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba. Ni inama yabaye kuri uyu wa Gatandatu iyobowe na Perezida wa Repububulika, Paul Kagame wasimbuwe na Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya ku buyobozi bw’uriya muryango. Perezida w’u Burundi, Evariste […]
EAC yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya wasimbuye Umurundi ucyuye igihe
Umunya-Kenya Peter Mathuki ni we wemejwe nk’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), asimbuye Umurundi, Libérat Mfumukeko, usoje manda ye. Mathuki wari usanzwe ari Umuyobozi mukuru w’Inama y’Ubucuruzi ya EAC, yemerejwe mu nama ya 21 y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yayobowe na Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Usibye kwemeza Umunyamabanga Mukuru mushya, abakuru b’ibihugu baraniga kandi […]
EAC: Perezida Kagame yayoboye Inama yitabiriwe n’abarimo Museveni na Ndayishimiye
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama ya 21 y’Abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Ni inama yitezwemo kwemerezwamo Umunyamabanga Mushya w’uyu Muryango usimbura Umurundi, Libérat Mfumukeko, usoje manda ye. Iyi nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus gikomeje koreka Isi. Perezida […]
Senateri Evode yavuze uko yageze mu Rwanda, abamubonye bagakizwa n’amaguru
Senateri Evode Uwizeyimana, avuga ko akigaruka mu Rwanda yakiriwe nka Osama Bin Laden, ku buryo n’uwo bari baziranye wamubonaga yahitagamo gukizwa n’amaguru. Senateri Uwizeyimana w’imyaka 50 y’amavuko, yavuye mu Rwanda mu mwaka wa 2007 yerekeza i Montreal ho muri Canada, ahahurira n’abarimo Paul Rusesabagina na Faustin Twagiramungu batangira gukorana. Nyuma yo kuva mu Rwanda aho […]
Perezida Joe Biden yaganiriye na Kenyatta kuri terefoni, amuha umukoro
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasabye Uhuru Kenyatta wa Kenya gukoresha umwanya yitegura guhabwa nk’umuyobozi w’akanama k’amahoro n’umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe mu kurangiza amakimbirane ari muri Sudani na Ethiopia. Byari mu kiganiro cya mbere aba bombi bagiranye kuri terefoni kuva Biden yarahirira kuyobora Amerika muri Mutarama uyu mwaka. […]
Nigeria: Abanyeshuri barenga 300 bashimuswe n’abitwaje intwaro bataramenyekana
Polisi ya Nigeria ikorera mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’iki gihugu, yatangaje ko abanyeshuri 317 bo muri kariya gace bashimuswe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana. Amakuru avuga ko bariya banyeshuri bashimuswe biganjemo abakobwa, hakaba hamaze gutangira ibikorwa byo kubatabara. Amakuru y’ishimutwa rya bariya banyeshuri yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi ya Nigeria muri Leta ya Zamfara, Mohammed Shehu, wavuze […]
Cassa Mbungo André akomeje kwigarurira shampiyona ya Kenya
Umunyarwanda Cassa Mbungo Andre utoza ikipe ya Bandari FC, yongeye kwegukana igihembo cy’umutoza mwiza w’icyumweru muri shampiyona ya Kenya ku nshuro ya kabiri yikurikiranya. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo Cassa yagizwe umutoza mukuru w’iriya kipe ibarizwa i Mombasa, nyuma yo gutandukana na Gasogi United ya hano mu Rwanda. Ni ku ncuro ya kabiri uyu […]
RDC: Umuhanzi afunze azira indirimbo ‘Politiciens escrocs’ yatuye Perezida Tshisekedi
Umuhanzi Idinco Delcat wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amaze ibyumweru bitatu afunzwe azira indirimbo ye ‘Politiciens escrocs’ yibutsamo Perezida Tshisekedi ibyo yemereye abaturage b’igihugu cye. Uyu muhanzi amaze igihe afungiye muri gereza y’Ikigo Gihurizwamo Ibikorwa bya Gisirikare (CCO) cy’i Béni ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Indirimbo ye ‘Politiciens escrocs’ (Abanyapolitiki b’abatekamutwe) yasohotse […]
Hari n’uzava i Ndera umunsi umwe ahite aba umunyamakuru_Ingabire M. Immaculée
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, asanga hari n’abarwayi bo mu mutwe bashobora kuzava i Ndera bagahinduka abanyamakuru, kubera akavuyo kari mu itangazamakuru Nyarwanda. Ingabire yabigarutseho mu gihe bamwe mu banyamakuru bashinjwa ubunyamwuga buke, bikanajyana n’ibitangazamakuru bimwe na bimwe bikora nta murongo ngenderwaho. Ni mu gihe kandi nanone mu gihugu […]
Centrafrique: Hasabwe abandi basirikikare 2,750 bo kunganira abari muri Minusca
Loni yifuje ko muri Repubulika ya Centrafrique hakoherezwa abandi basirikare 2,750 n’abapolisi 940, mu rwego rwo gutera ingabo mu bitugu abahasanzwe bari mu butumwa bwayo bwo kugarura amahoro (Minusca). Ni ibikubiye muri Raporo y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yagejejwe ku kanama k’umutekano k’uriya muryango. Umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu biro by’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, […]
Nyaruguru: Batewe impungenge n’abari mu kato ka COVID-19 bakomeje gutembera nta nkomyi
Abaturage batuye mu nkengero z’agasantere ka Rugalika gakora ku mirenge ya Rusengena, Kibeho ndetse n’aka Rasaniro mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko batewe impungenge zikomeye n’abantu bizwiko bari mu kato ka COVID-19 ariko bakaba bakomeje gutembera mu baturage ntankomyi, bakajya mu mirimo yabo ya buri munsi ndetse no mu tubari tw’ibigage […]
Ingabire M. Immaculée yasabye Padiri Nahimana wamwise ‘inshinzi y’ibwami’ gutahuka
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Madamu Ingabire Marie Immaculée, aribaza impamvu padiri Nahimana Thomas adatahuka mu Rwanda mu gihe avuga ko Perezida Kagame wamutangiraga atakiriho. Madamu Ingabire yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo ya BWIZA. Ni nyuma y’uko muri Kamena umwaka ushize Padiri Nahimana Thomas uba mu buhungiro mu gihugu cy’Ubufaransa, […]
UEFA CL: Byasabye iminota 86 ngo Real Madrid itsinde Atalanta y’abakinnyi 10
Ikipe ya Real Madrid yaraye itegereje iminota 86 yose, kugira ngo ibashe gukura intsinzi y’igitego 1-0 kuri Atalanta bari bahuriye muri UEFA Champions league. Wari umukino ubanza wa 1/8 cy’irangiza Madrid yari yasuyemo Atalanta mu Butaliyani. Igitego cyo ku munota wa 86 w’umukino cya myugariro w’Umufaransa, Ferland Mendy ni cyo cyafashije iyi kipe y’umutoza Zinedine […]
Luis Suarez yataramiweho nyuma yo kugaragara anosha Rudiger
Umunya-Uruguay, Luis Suarez, yongeye gutaramirwaho nyuma yo gufatwa amashusho anosha myugariro Antonio Rudiger wa Chelsea. Suarez na Atletico Madrid akinira bari bakiriye Chelsea ku kibuga Wanda Metropolitano, mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions league. Ni umukino Chelsea yatsinzemo igitego 1-0 cyatsinzwe na Olivier Giroud. Ni Chelsea yarushaga cyane Atletico Madrid yarangije umukino nta […]
Umusaza w’imyaka 73 yarongoye umukecuru wa 91 bari bamaze imyaka 10 bakundana
Umukecuru w’imyaka 91 witwa Evelina Meadder Wilson n’umukambwe wa 73 witwa Calgent Wilson, bakoze ubukwe nyuma y’imyaka 10 bari mu munyenga w’urukundo. Meadder n’umukunzi we bombi bakomoka mu gihugu cya Jamaica. The Mirror yanditse ko urukundo rwa Evelina na Calgent rwatangiye muri 2009 ubwo uyu mukecuru yarwaraga, bikarangira uyu musaza usanzwe ari umuhinzi ashoye amafaranga […]
CAF Champions league: Simba ya Kagere yongeye gutsinda ikigugu Al Ahly
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yatsinze Al Ahly yo mu Misiri igitego 1-0, biyifasha gukomeza kuyobora itsinda zirimo. Iyi kipe y’Umunyarwanda Meddie Kagere yari yakiriye Al Ahly, mu mukino wa Kabiri wo mu tsinda A wabereye kuri Stade yitiriwe Nyakwigendera Benjamin Mkapa i Dar es Salaam. Ni ikibuga iyi kipe […]
FDLR yihakanye kwica Ambasaderi w’Ubutaliyani, ishyira mu majwi FARDC na RDF
Umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, wahakanye ko abarwanyi bawo ari bo bagize uruhare mu gitero kiciwemo Ambasaderi w’Ubutaliyani muri RDC, Luca Attanasio, ushyira mu majwi ingabo za Congo Kinshasa n’iz’u Rwanda. Ku wa Mbere ni bwo Ambasaderi Attanasio, uwari umurinzi we ndetse n’umushoferi w’imodoka y’umushinga wa PAM bagendagamo biciwe ahitwa Kibumba hafi y’i […]