Viet Nam: Umukinnyi ukomoka muri Nigeria yakatiwe igihano cy’urupfu

Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’Umunyanijeriya, Theophilus Ugwu yakatiwe igihano cy’urupfu n’urukiko rwo muri Viet Nam azira kwinjiza muri iki gihugu ibiro 5,92 by’ikiyobyabwenge cya Methamphetamine agikuye muri Cambodge. Bivugwa ko uyu yishyuwe 1000$ kugirango atware iki kiyobyabwenge. Ugwu w’imyaka 23 y’amavuko, wagiye muri Viet Nam ajyanwe no gukina umupira w’amaguru, yakatiwe igihano cy’urupfu kuwa Kabiri ushize, […]

Tchad yasezeranyije guhorera abasirikare ba yo 6 ivuga ko bishwe n’ingabo za Centrafrica

Guverinoma ya Tchad kuri uyu wa Mbere yashinje ingabo za Centrafrica kwica abasirikare bayo 6 mu gitero cyagabwe ku birindiro byo mu majyepfo y’igihugu, bavuga ko ari “icyaha cy’intambara” kitagenda gutyo kidahanwe. Minisitiri w’ububanyi n;’amahanga wa Tchad, Cherif Mahamat Zene mu itangazo ryashyizwe ahagaragara yagize ati “Ku Cyumweru mu gitondo, Ingabo za Centrafrica zagabye igitero […]

Aba visi perezida 15 ba USA babaye ba perezida

overview-john-adams.jpg

Ba Visi perezida icyenda babaye ba perezida igihe perezida wari usanzwe yabaga apfuye cyangwa avuye ku mirimo ye manda ye itarangiye. Abandi batandatu batsindiye manda zabo nka perezida ubuyobozi bwari buriho burangije manda yabwo. John Adams: Uyu niwe visi Perezida wa Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika watsindiye manda ye mu matora yo mu […]

Nigeria: Abanyeshuri babarirwa mu 150 na 200 bongeye gushimutwa

Abayobozi muri Nigeria baravuga ko abantu bitwaje intwaro bashimuse abanyeshuri benshi bo mu ishuri rya kisilamu, muri kimwe mu bitero biheruka nk’ibi bikomeje kwibasira amashuri. Kuri iki Cyumweru, abategetsi bo muri Leta ya Niger batangarije BBC ko abantu bitwaje imbunda bafashe umubare utazwi w’abanyeshuri bo muri iryo shuri mu mujyi wa Tegina. Umwarimu yabwiye BBC […]

Danemark yashinjwe uruhare mu kumviriza telephone z’abanyapolitiki barimo Angela Markel

Ibitangazamakuru byo muri Danemark byatangaje ko inzego z’ubutasi za Danemark zafashije Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuneka abanyapolitiki b’i Burayi barimo Umuyobozi w’u Budage, Angela Merkel kuva mu 2012 kugeza 2014. Raporo yakozwe na Radio Danemark yo muri Danemark ivuga ko Serivisi ishinzwe ubutasi (FE) yafatanyije n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Umutekano muri Amerika (NSA) gukusanya amakuru. […]

Abanyamigabane ba KCB Group batanze uruhushya rwo kugura imigabane 100% muri BPR

Abanyamigabane ba Kenya Commercial Bank (KCB Group) yo muri Kenya batanze uburenganzira bwemerera iyi banki kugura amabanki abiri mu Rwanda na Tanzaniya, ari yo BPR na BancABC. Ubu burenganzira bwatanzwe kuwa Kane ushize mu nama rusange ngarukamwaka ari nabwo abanyamigabane basinyiye 3.2 miliyari Ksh y’inyungu. Biteganijwe ko KCB izafata imigabane ijana ku ijana muri Banki […]

Umuhanzi Akon yibiwe Range Rover ye kuri sitasiyo arimo kongeramo lisansi

Umuhanzi Akon uheruka mu gihugu cya Uganda mu irahira rya Perezida Museveni, aherutse kwibwa imodoka ye yo mu bwoko bwa Range Rover ubwo yari kuri station ya linsansi arimo arongeramo lisansi mu ijoro ryo ku itariki 24 Gicurasi mu Mujyi wa Atlanta. Nubwo ibi byumvikana nk’ibidashoboka, ngo muri Amerika hari abajura bakunze kwiba imodoka muri […]

Mbarara: AIP Fred Sserwanga yasanzwe yapfuye

Abapolisi muri Mbarara kuri uyu wa Gatandatu babyukiye ku makuru ateye agahinda y’urupfu rwa mugenzi wabo, AIP Fred Sserwanga, wasanzwe ku buriri bwe yashizemwo umwuka. Sserwanga yari umupolisi kuva mu 1989, akaba yarakoze mu ishami rishinzwe kurwanya inkongi no serivisi zo gutabara muri Polisi ya Rwizi. Komanda wa polisi ya Rwizi, Ecega Richard, wemeje urupfu […]

Ntimwemera abivanga mu bibazo byanyu ariko ntibibabangamira kwivanga mu by’abandi – Perezida Kagame kuri TV5

vlcsnap-2021-05-29-12h35m18s030.png

“Tuzakora ibyiza kuri twe ntabwo tuzakora ibyo abandi batekereza ko ari byiza kuri twe,” iki ni igisubizo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yahaye abanyamakuru ba TV5Monde, Denise EpotĂ© na Françoise Joly mu kiganiro cyihariye yagiranye n’iyi televiziyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Gicurasi 2021. Muri iki kiganiro, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabajijwe uko […]

Muravuga eeh Abanyarwanda ni abantu babi, none reba twebwe ibyo turimo gukorerana – Umunyekongo ushima u Rwanda

e2evocyx0ag2ghg-2.jpg

Uko u Rwanda rwitwaye muri iki kibazo cy’ihunga ry’Abanyekongo byashimwe n’abantu batandukanye cyane cyane Abanyekongo usanga ahubwo banenga uko inzego z’umutekano zabo zakitwayemo nk’umwe mu batambukije ubutumwa buzinenga ku rubuga rwa WhatsApp Bwiza.com yabashije kubona. Umwe mu Bakongomani mu butumwa yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp yashyize mu majwi uwitwa Col Panga Panzi ashinja gufunga […]

Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha

e2evgufwyacmqwc.jpg

Abanyekongo bari bavanwe mu byabo n’imitingito no gutinya ko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka batangiye gutaha ku bushake mu gihugu cyabo, mu gihe abakiri mu bakomeza kwitabwaho uko bikwiye. Abatashye Igisirikare cy’u Rwanda kikaba cyabatije imodoka zacyo ngo zibafashe kugera ku mupaka. Ni nyuma y’aho mu ijoro ryo kuwa Kane, Impunzi z’abanyekongo 600 ziganjemo abagore […]

RDC: FARDC yataye muri yombi abayobozi 2 bakuru b’inyeshyamba za Maï-Maï

Umuvugizi w’igisirikare cya FARDC ushinzwe ibikorwa bya Sokola 2, Capt. Dieudonne Kasereka, aratangaza ko igisirikare kimaze guta muri yombi abayobozi babiri bakuru ba MaĂŻ-MaĂŻ mu gihe cy’iminsi ibiri, ijoro ryo ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane, itariki 27 Gicurasi no kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 28 Gicurasi 2021. Capt. Kasereka ati “Abo ni bwana […]

RDC: Abadepite 32 bamaze kwicwa na Covid-19

Abadepite 32 mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bamaze kwicwa na Covid-19 kuva yagaragara muri iki gihugu muri Werurwe 2020 nk’uko byatangajwe na Visi Perezida w’iyi nteko, Jean-Marc Kabund kuri uyu wa Kane. Aya makuru yashyizwe ahagaragara mu gihe abayobozi bikanga iyindi nkubiri y’ubwiyongere bw’ubwandu bwa Coranavirus mu gihugu, aho kuri […]

Rubavu: Hari icyizere ko Ikirunga cya Nyiragongo kitakongera kuruka

Abatuye mu Karere ka Rubavu barahumurizwa babwirwa ko badakwiye kugira impungenge z’uko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka nk’uko byatangajwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko Francois, usaba abari basubitse ibikorwa kubisubukura mu gihe hategerejwe amakuru mashya. Ubu butumwa yabutanze mu gihe imitingito yari imaze iminsi yibasiye Akarere ka Rubavu n’Intara y’Iburengerazuba, yatumye ibikorwa bimwe na bimwe […]

De nouveaux liens Franco-Rwandais fondés sur la vérité, disent Kagame et Macron

Les liens rĂ©cemment rĂ©tablis entre le Rwanda et la France sont construits sur la vĂ©ritĂ©, ont dĂ©clarĂ© les prĂ©sidents Emmanuel Macron et Paul Kagame. Les chefs d’État s’exprimaient lors d’une confĂ©rence de presse conjointe au village Urugwiro jeudi lors de la visite de deux jours du dirigeant français. Les dirigeants ont dĂ©clarĂ© que le dĂ©but […]

Muhanga: Ukekwaho guhohotera uwarokotse jenoside yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

Kuri uyu Kane, itariki 27 Gicurasi 2021, mu rukiko rw’ibanze rwa Ruhango, hasomwe urubanza ku ifungwa ry’agateganyo ruregwamo umugabo ukekwaho icyaha cyo guhohotera uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, urukiko rwemeza ko agomba gufungwa by’agateganyo igihe cy’iminsi 30 mu gihe dosiye igitegurwa ngo iregerwe urukiko mu mizi. Iki cyaha cyakorewe mu […]

Harakekwa ko ibiro bya Tshisekedi byaba bifite uruhare mu rupfu rwa Gen. Kahimbi

delphin_proces_21_02145_jpg_640_350_1.jpg

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi mu rubanza ku rupfu rwa Gen. Delphin Kahimbi, wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare, mu Rukiko Rwisumbuye rwa Kinshasa, ubushinjacyaha bwasabiye ibihano biremereye umupfakazi wa nyakwigendera ndetse na nyina bushinja kuba ari bo bamwivuganye bamunigishije umugozi mu gihe hari andi makuru ariko atunga intoki ibiro bya Perezida Felix Tshisekedi […]

Binyuze mu myambarire, Umunyamideri w’Umunyarwanda muri Afurika y’Epfo akomeje guharanira Ubumwe bwa Afurika

masa-mara.-tribe-waiting-2-scaled.jpg

Umunyamideli wavukiye mu Rwanda akaba n’umuhanzi, Eli Gold yavuye mu Rwanda afite imyaka 13 ubwo igihugu cyari cyugarijwe n’intambara y’abenegihugu na Jenoside yakorewe Abatutsi, urugendo rwamunyujije mu bihugu byinshi bya Afurika, aho yagiye yigira impamvu Abanyafurika bagakwiye kuba bamwe. Gold yabaye muri Tanzaniya, mu Burundi, Malawi n’ahandi nyuma yo kuva mu Rwanda, mbere yo kugera […]

Nyagatare: Ibibazo by’ingurane, iby’ubutaka, bimwe mu byo Umuvunyi Mukuru yijeje gukurikirana

e2y6nfnx0aqlnhd.jpg

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi, Urwego rw’Umuvunyi rwakomeje ubukangurambaga mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa mu Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare, aho Umuvunyi Mukuru n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije n’abandi bayobozi bakiriye ibibazo by’akarengane, aho hari ibyabonewe ibisubizo, ibyo yasabye inzego z’ibanze gukurikirana n’ibyo azaganira n’izindi nzego . Kuva ku itariki ya […]

Goma: Ntibahangayikishijwe no kongera kuruka kw’ikirunga gusa bafite n’impungenge za gaze

Abatuye mu Mujyi wa Goma biravugwa ko badahangayikishijwe no kongera kuruka kw’Ikirunga cya Nyiragongo gusa, ahubwo banahangayikishijwe n’uko imitingito ya hato na hato iri kumvikana mu bice bikegereye nka Goma ndetse tutirengagije na Rubavu, ishobora gutera isaduka ry’ubutaka hakaba hazamukiramo gaze ishobora koreka imbaga. Umwe mu baturage bari i Goma witwa Kambale Richard, wavuganye na […]

Abanyamakuru b’Abafaransa bashinjwa gutera ubwoba Umwami wa Maroc mu mazi abira

Abanyamakuru babiri b’Abafaransa, Eric Laurent na Catherine Graciet bakurikiranweho kuba mu 2015 barateye ubwoba umuryango w’ibwami muri Maroc bawusaba amamiliyoni y’Amayero ngo badasohora inkuru yari kuwukoza isoni. Aba bafashwe bamaze kwakira ibihumbi 40 by’Amayero ngo batazasohora iyo nkuru y’urukozasoni ku muryango w’Ubwami bwa Maroc. Ikinyamakuru AFP cyatangaje ko mu minsi ya vuba Eric Laurent na […]

Amafoto: Ibihumbi by’Abanyekongo biri guhunga byashingiwe inkambi

e2y3z4dwqairw82.jpg

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi, ku mipaka ihuza imijyi ya Goma (RDC) na Rubavu (Rwanda) hinjiriye Abanyekongo barimo guhunga batinya ko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka kikabwatara ubuzima nk’uko babisabwe n’ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aba Banyekongo bababarirwa mu bihumbi bari kugera ku butaka bw’u Rwanda berekezwa mu nkambi yabateguriwe iherereye mu Murenge […]

Uko Mike Tyson yigeze gutunga hafi miliyari bikarangira yisanze mu myenda iremereye

nintchdbpict000536207591.jpg

Mike Tyson nta gushidikaya ko ari umwe mu bateramakofe b’ibihangange babayeho mu mateka. Uyu mugabo ugeze mu zabukuru wahimbwe Iron Man (Cyangwa Umugabo w’Icyuma) yamaze imyaka myinshi ayoboye icyiciro cy’abateramakofe b’ibiro byinshi mbere yo gusezera muri uyu mukino. Yakoreye akayabo k’amafaranga mu gihe cye mbere y’uko ayatakaza yose. Tyson yakunze kutavugwaho rumwe mu gihe cye […]

Mohammed Hajeb, le terroriste qui a trompé les services allemands

Mohammed Hajeb est le seul extrĂ©miste qui ait pu se faire passer pour un activiste des Droits de l’Homme et un acteur politique, malgrĂ© son histoire djihadiste au Pakistan et en Afghanistan. L’histoire dĂ©signera Hajeb comme le seul terroriste Ă  avoir voyagĂ© en Afghanistan via le Pakistan pour le « djihad » contre l’Occident, avant […]

Perezida Macron yemeye uruhare rw’u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda abisabira imbabazi

Mu ijambo avugiye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi 2021, Perezida w’u Bufaransa uri mu ruzinduko mu Rwanda amaze gusaba imbabazi Abanyarwanda kubw’uruhare rw’u Bufaransa mu mahano yagwiririye u Rwanda, aho yemeje ko iyi jenoside itari impanuka, yateguwe kandi idashobora gusibangana abantu bazabana nayo. Perezida Emmanuel […]

Uganda: Umugore w’imyaka 19 yapfuye nyuma yo kwitura hasi ari mu rukiko

Umugore w’imyaka 19 wo mu gihugu cya Uganda washinjwaga ubutekamutwe ashaka amafaranga abeshya ko atwite kuri uyu wa Gatatu yapfuye nyuma yo kwitura hasi ari mu rukiko. Nyakwigendera witwa Olivia Nassanga, yituye hasi ubwo yari mu rukiko rwa Mityana, aho yari yagiye guhabwa amabwiriza ajyanye n’ifungurwa ry’agateganyo nyuma yo gufungurwa by’agateganyo muri Gereza ya Mityana. […]

Burundi: Habonetse imirambo bikekwa ko ari abarwanyi ba FLN baherutse gutera mu Bweyeye

Mu ishyamba rya Kibira, mu gihugu cy’u Burundi biravugwa ko habonetse imirambo itatu y’abantu bari bambaye impuzankano z’igisirikare cy’u Burundi kandi nta mirwano ingabo z’u Burundi ziheruka kuharwanira bikaba bikekwa ko ari bamwe mu nyeshyamba za FLN zagabye igitero mu Rwanda mu ijoro ryo ku itariki ya 23 rishyira kuwa 24 Gicurasi, zishwe n’ibikomere zakuye […]

Hahishuwe ko abateguye Raporo Duclert hari inyandiko bangiwe kugeraho z’ingenzi

Mu gihe Emmanuel Macron yitegura gusura u Rwanda ku wa kane, inyandiko ishaje yatekerejweho n’umusosiyaliste Michel Rocard ku ruhare rw’u Bufaransa muri iki gihugu yongeye kugaragara kandi igaragaza isesengura rishimishije, ariko ryamaganwe nkana. Ni inyandiko itarasohotse , cyangwa yasibwe, ariko ikinyamakuru LibĂ©ration cyabashije kubona mbere y’uruzinduko rwasobanuwe nk “amateka” rwa Perezida, Emmanuel Macron kuri uyu […]

Mali: Bah N’Daw uherutse kuvanwa ku butegetsi yatanze ubwegure bwe

Uwari Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Bah N’Daw, yamaze gushyikiriza ubwegure bwe visi perezida we, Assimi GoĂŻta, wahise uba Perezida w’inzibacyuho. Mu masaha atageze kuri 48 akuye ku kimirimo yabo, perezida w’inzibacyuho, Bah N’Daw na Minisitiri w’Intebe we, Moctar Ouane, Col. Assimi GoĂŻta niwe wahise aba Perezida w’inzibacyuho. Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Gicurasi, nibwo […]

WhatsApp yajyanye mu nkiko Guverinoma y’u Buhinde

WhatsApp yareze leta y’u Buhinde kubera amategeko mashya agenga ikoreshwa rya internet iyi sosiyete ivuga ko “azahungabanya cyane” ubuzima bwite bw’abayikoresha. Amategeko mashya agenga ikoreshwa rya internet mu Buhinde, yiswe ayo gukandamiza no gukomeretsa, aha guverinoma y’u Buhinde imbaraga nyinshi zo gukurikirana ibikorwa byo kuri interineti, harimo no gukurikirana porogaramu ubundi ziba zifunze ku muntu […]

John Cena yasabye imbabazi u Bushinwa nyuma yo kwita Taiwan igihugu

maxresdefault-18.jpg

“Nkunda kandi nubaha u Bushinwa n’Abashinwa. Mumbabarire, Mumbabarire kubw’isoko ryanjye. Nsabye imbabazi, nsambye imbabazi Mumbarire cyane,” aya ni amgambo yavuzwe n’Umukinnyi wa filimi ndetse n’umukino wo gukirana uzwi nka ‘wrestling’ mu cyongereza, nyuma yo kwita Taiwan igihugu mu kiganiro yahaga itangazamakuru avuga kuri filimi ya Fast & Furious igice cya 9 yamaze kujya ahagaragara. John […]

Minisitiri w’ubucuruzi yihanangirije abacuruzi biha kuzamura ibiciro uko bishakiye

e2pxh3nxmaiuhvu.jpg

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Beata Habyarimana, yihanangirije abacuruzi biha kuzamura ibiciro uko bishakiye bitwaje ko ibiciro byazamutse ku rwego mpuzamahanga. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gicurasi, Bwiza.com ifitiye kopi, Minisitiri Habyarimana avuga ko ashingiye kuri raporo y’igenzura ryakozwe ku masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali no mu turere; aho byagaragaye […]

L’ancienne cour d’appel de Ruhengeri devient un mĂ©morial du gĂ©nocide

Les restes de plus de 800 victimes du gĂ©nocide contre les Tutsi qui ont Ă©tĂ© tuĂ©s dans et autour de la ville de Musanze, anciennement Ruhengeri, doivent ĂȘtre enterrĂ©s au mĂ©morial du gĂ©nocide nouvellement créé Ă  l’ancienne cour d’appel de Ruhengeri. S’adressant au New Times, Axelle Kamanzi, vice-maire en charge des affaires sociales dans le […]

Ambasade y’u Bubiligi yaburiye Ababiligi batuye i Bujumbura

Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga ikoresha nka facebook na twitter, Ambasade y’u Bubiligi mu Burundi ifite icyicaro I Bujumbura yaburiye Ababiligi batuye muri iki gihugu n’abakozi bayo ibasaba kuguma aho batuye kubera kutizera umutekano nyuma y’ibitero bya grenade byibasiye ahantu hatandukanye muri Bujumbura kuri uyu wa Kabiri. Itangazo yashyize ahagaragara rigira riti “ Kubw’amakuru yo kwemeza, […]

Gicumbi: Umuganga wafashe ku ngufu umugore wari utwite yangiwe kurekurwa by’agateganyo

Umuganga ukorera mu Bitaro bya Byumba, Akarere ka Gicumbi yategetswe gufungwa iminsi mirongo itatu by’agateganyo n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi nk’uko Ubushinjacyaha bwari bwabimusabiye. Uyu muganga Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho kuba yakoresheje imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore wari utwite ubwo yajyaga kwipimisha kuri Rendez-vous yari yamuhaye, yo ku itariki ya 1 Kanama 2020 aho yahagera akamukoresha imibonano mpuzabitsina […]

Biravugwa ko ingabo za Uganda zatangiye kwinjira muri RDC ku mugaragaro

Igisirikare cya Uganda kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gicurasi 2021 cyatangiye kohereza ingabo ku mugaragaro mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’aho umuvugizi wacyo yari aherutse kubihakana avuga ko badateganya kohereza abasirikare muri iki gihugu. Ibikorwa by’ingabo za Uganda zoherejwe ku burasirazuba bwa RDC mu gihe kitahishuwe bigamije kurwanya imitwe […]

RIB arrĂȘte son responsable pour corruption

Le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) a dĂ©clarĂ© avoir arrĂȘtĂ© son haut fonctionnaire dans le district de Rusizi aprĂšs l’avoir surpris en flagrant dĂ©lit en train de recevoir un pot-de-vin pour libĂ©rer un dĂ©tenu. «Le chef des enquĂȘtes Ă  Rusizi Jules Kabanguka a Ă©tĂ© surpris en train de recevoir un pot-de-vin d’une valeur de 300 000 […]

Yateye icyuma umugore we wari uherutse kubyara bapfa imibonano mpuzabitsina

Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko wo mu gihugu cya Malawi yakatiwe imyaka 6 y’igifungo azira gutera icyuma umugore we, wari uherutse kubyara, kubera ko yari yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Uyu mugabo witwa Dzongwe Evance. Yahawe iki gihano kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Gicurasi nyuma yo kumuhamya icyaha. Umushinjacyaha wa leta, Rodney Bottomman yabwiye urukiko […]

Iruka rya Nyiragongo: Imitingito ya hato na hato ikomeje kumvikana no muri Kigali

Imitingito ya hato na hato ikomeje kumvikana kuri uyu wa kabiri mu mujyi wa Gisenyi nk’uko abahatuye babivuga ndetse iyi mitingito ikaba iri no kumvikana mu Mujyi wa Kigali ariko ku rugero rwo hasi nyuma y’iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo cyo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Abatuye mu Mujyi wa Gisenyi ku ruhande rw’u Rwanda […]

U Bufaransa n’u Bwongereza bikomeje kwanikirwa n’u Buyapani na Koreya y’Epfo mu ngufu za gisirikare

a565749026934fcfcda370b6e179f519.jpg

Ibihugu byo mu Burayi byahoze ari ibihangange mu gisirikare nk’u Bufaransa, u Bwongereza ndetse n’u Budage bikomeje kwanikirwa n’ibihugu byo muri Aziya nk’u Buyapani na Koreya y’Epfo mu ngufu za gisirikare nk’uko bigaragazwa n’urutonde rwa Global Firepower Index. Nk’u Budage bwo, ntabwo bugaragara ku rutonde rw’ibihugu 10 bya mbere. Dore ibihugu 10 bya mbere No […]

Uganda: Yasanzwe yarapfuye nyuma y’umunsi asoje amasomo muri Kaminuza ya Makerere

Igipolisi cya Uganda gitegereje ibizava mu bizamini by’Ibitaro bya Mulago ngo hamenyekane icyateye urupfu rw’umusore w’imyaka 27 witwa James Eyangu, wapfuye nyuma y’umunsi umwe asoje amasomo ye y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza muri Kaminuza ya Makerere wasanzwe aho yari acumbitse yapfuye. Nk’uko bitangazwa na Daily Monitor, James Eyangu yari yabonye impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya […]

Kicukiro: Arishyuzwa arenga miliyoni 4 z’imisoro y’ubutaka atazi n’uko miliyoni isa, byamunanira akagurisha

img-20210426-wa0011_1-2.jpg

Mu Murenge wa Gatenga, Akagali ka Nyanza, Akarere ka Kicukiro mu Mudugudu wa Sabaganga, haravugwa inkuru y’umusaza Ntahonsigaye Donat uba mu nzu yenda kumugwira yananiwe no kwisanira ariko urimo urishyuzwa akayabo ka miliyoni 4 z’imisoro y’ubutaka. Ubuyobozi bubagira inama yo kugurisha kugirango abone uko yishyura. Iyi ni inkuru ikurikira iyabanje Bwiza TV na Bwiza.com byakoreye […]

Refus de comparaitre du chef des séparatistes, Brahim Ghali, devant la Justice espagnole

Salem Lebsir, le dauphin de Brahim Ghali et numĂ©ro 2 du front polisario, a, lors d’une interview exclusive accordĂ©e au mĂ©dia espagnole”OKDIARIO”, dĂ©clarĂ© que Ghali envisage de quitter l’Espagne dans les prochains jours sans se prĂ©senter devant la Cour nationale, oĂč il est accusĂ©, entre autres, de crimes de terrorisme, de gĂ©nocide, de torture et […]

RIB iraburira abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB ruraburira abantu kugira amakenga no kwigengesera mu gukoresha imbuga nkoranyambaga zabo, kuko hari abatekamutwe basigaye bazinjiramo bakazifashisha mu bikorwa by’uburiganya n’ubujura. Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry, asobanura ko hari abasigaye bakoresha whatsapp z’abandi, bagamije ubujura kuko mu miterere yayo ushobora kuyimurira mu yindi telefoni. Agira ati “Hari imibare bigusaba whatsapp […]

Burundi: Umunyarwanda wari umucuruzi w’inyama z’ingurube amaze iminsi aburiwe irengero

Umunyarwanda ucuruza inyama z’ingurube muri Zone Ndava, Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke mu gihugu cy’u Burundi amaze iminsi itandatu yaraburiwe irengero, aho bivugwa ko hari umuntu wabanje kumuhamagara kuri telephone mbere yo kubura. Uyu mugabo uvugwa ni uwo bahimba Mwarabu, bivugwa ko yahamagawe kuwa Kabiri ushize akajya aho bari bamuhamagaye, ariko kuva icyo gihe […]

L’attaque du FLN Ă  Bweyeye dĂ©jouĂ©e par RDF

Hier soir, dimanche 23 mai 2021, entre 21 h 15 et 21 h 35, environ une section d’assaillants ennemis du FLN de Giturashyamba dans la commune de Mabayi au Burundi, a traversĂ© la riviĂšre Ruhwa le long de notre frontiĂšre et est entrĂ©e Ă  environ 100 mĂštres Ă  l’intĂ©rieur du territoire rwandais Ă  Bweyeye, cellule […]

Myanmar: Bwa mbere kuva yahirikwa ku butegetsi, Aung Suu Kyi yagaragaye mu rukiko

Aung San Suu Kyi wahoze ari Perezida wa Myanmar uherutse guhirikwa ku butegetsi n’abasirikare kuri uyu wa Mbere, yagaragaye mu rukiko ku nshuro ya mbere nyuma y’amezi hafi ane ahiritswe. Uyu wahoze ari umuyobozi yitabye urukiko agiye kwiregura ku byaha birimo gushishikariza kwigomeka nk’uko abanyamategeko be babitangaza. Suu Kyi yari afungiwe mu nzu adasohoka kuva […]

Amasaha y’akazi y’umurengera ahitana abantu 745,000 buri mwaka – OMS

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) riravuga ko amasaha y’akazi y’umurengera ahitana abantu ibihumbi magana ku mwaka. Ubushakashatsi bwa mbere nk’ubwo ku isi bwerekana ko abantu 745.000 bapfuye mu 2016 bazize indwara yo mu bwonko cyangwa indwara z’umutima kubera amasaha menshi y’akazi. Raporo yasanze abantu batuye mu majyepfo y’iburasirazuba bwa Aziya no mu karere […]

RDC: Umubare w’agateganyo w’abazize iruka rya Nyiragongo umaze kuba 15

Mu kiganiro cyatambutse mu maradiyo akorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru, itariki 23 Gicurasi 2021, Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya yatangaje ko abantu 15 ari bo bamaze kumenyekana bahitanwe n’iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo. Yagize ati “Imibare y’agateganyo ni abantu 15 barimo 9 bazize impanuka yo mu muhanda, bane bageragezaga gucika muri […]

Abatuye i Goma batangiye kwirunda ku mupaka bashaka ubuhungiro mu Mujyi wa Gisenyi

capture-7.jpg

Abanyekongo bo mu Mujyi wa Goma batangiye kugera ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bashaka guhungira iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo mu Mujyi wa Gisenyi bahana imbibi. Biravugwa ko umuriro watewe n’iruka ry’iki kirunga wamaze gufunga umuhanda Goma-Rutshuru ugana Kibumba. Nk’uko bigaragara kuri twitter y’ikinyamakuru Mediacongo.net, abatangabuhamya bari I Goma nk’uwitwa Innocent […]

Tshisekedi yatangaje ko hafashwe abantu bakekwaho kwica Ambasaderi Attanasio

Perezida Felix Tshisekedi aremeza ko abantu bakekwaho kwica uwari Ambasaderi w’u butaliyani, Luca Attanasio, bari mu maboko y’ubutabera iperereza rikomeje ku bufatanye n’inzego z’u Butaliyani, avuga ko abakoze iki cyaha ari agatsiko k’abagizi ba nabi ariko gafite abantu bagakoresha atatangaje abo ari bo. Ibi Perezida Tshisekedi yabihishuriye itangazamakuru ryo mu Bufaransa mu kiganiro aherutse kugirana […]

Burundi: Perezida Ndayishimiye yabujije Abarundi kugurisha ubutaka abanyamahanga

Perezida Evariste Ndayishimiye yihanije Abarundi ababuza kujya bagurisha ubutaka bwabo abanyamahanga ubwo yari mu kiganiro aganira n’urubyiruko rw’u Burundi ku nyigisho zo gukunda igihugu mu Ntara ya Ngozi, aho yabibukije ko ‘ agataka k’u Burundi ari ak’umunyagihugu w’Umurundi gusa.’ Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yagiriye inama Abarundi ababwira ko “iyo ugurishije isambu ku munyamahanga uba urimo […]

RDC: Imirwano hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba yakuye abaturage mu byabo

Imitwe y’inyeshyamba ya NDC RĂ©novĂ© na FPP/Kabido kuri uyu wa Gatandatu, itariki 22 Gicurasi yakozanyijeho mu giturage cya Mbwayinywa, muri Teritwari ya Lubero, muri Kivu y’Amajyaruguru. Umubare w’abiciwe cyangwa abakomerekeye muri iyi mirwano ntabwo iramenyekana, ariko sosiyete sivile iravuga ko abayobozi bavuga ko hari amaduka yasahuwe n’amazu yatwitswe. Nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga, […]

Afurika y’Epfo: Bategerezanye amashyushyu umuyobozi uzava mu Rwanda nyuma y’igihe kirekire

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Vincent Biruta, ategerejwe muri kwezi gutaha muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko rw’amateka mu rwego rwo gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi nyuma y’igihe kirekire warajemo igitotsi. Minisitiri ushinzwe imibanire mpuzamahanga muri Afurika y’Epfo, Naledi Pandor, yabwiye ikinyamakuru News24 ati “ Dufitiye amashyushyu uruzinduko kubera ko tutakunze kubonana kw’abayobozi kuri urwo […]

U Bufaransa buzagena ambasaderi wabwo mushya mu ruzinduko rwa Macron i Kigali

Perezida Emmanuel Macron yitezweho kuzagena ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda ubwo azahagirira uruzinduko mu minsi iri imbere mu rwego rwo gutera intambwe ya nyuma igamije gusubiza mu buryo imibanire y’ibihugu byombi itarigeze imera neza kuva Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 yarangira. Iyi nkuru ya ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda yatangajwe kuri uyu wa […]

Hajj yabuze nyuma y’aho abana 2 bahiriye mu nzu ye bigishirizwamo ibya kisilamu

Abana b’abahungu babiri bari bari kwigishwa ibijyanye n’idini ya Islam bahiriye mu nzu bigiragamo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ahitwa Nalumunye Kasenge, mu Karere ka Wakiso, ho mu gihugu cya Uganda, Umu Hajj wari wabajyanye ahita aburirwa irengero. Biravugwa ko nyiri inzu yahiye, ari we Hajj Mwalimu Mwelinde Abdul Karim, asanzwe akusanya abana […]

Ethiopia: Umunyamakuru wa The New York Times yirukanwe abuzwa no gusezera umuhungu we

Leta ya Ethiopia yirukanye ku butaka bwayo umunyamakuru wa The New York Times yari iherutse kwambura uburenganzira bwo gukorera muri iki gihugu kubera inkuru yakoze ku mirwano yo muri Tigray. Iki cyemezo cyo kwirukana umunyamakuru Simon Marks, Umunya-irlande wabaga muri Ethiopia, cyamaganwe bikomeye n’Umuryango w’Abanyamakuru batagira umupaka (Reporters Without Borders) watangaje ko ari ubwa mbere […]

RDC: Guverineri na Visi Guverineri b’Intara ya Maniema na bo birukanwe ku mirimo yabo

Umweyo ukomeje kuvuza ubuhuha mu bayobozi b’intara muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho nyuma ya Guverineri w’Intara ya Tanganyika, Zoe Kabila, kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Gicurasi, Guverineri w’Intara ya Maniema, Auguy Musafiri n’uwari umwungirije, Jean-pierre Amadi, na bo birukanwe ku mirimo yabo. Abadepite b’Intara ya Maniema, nibo bongeye gutora ubugira kabiri kuvana […]

Kinshasa: Urukiko rwemeje ko rudafite ububasha bwo kuburanisha uwahoze akuriye ubutasi

Kuri uyu wa Kane, itariki 20 Gicurasi, Urukiko rwisumbuye rwa Kinshasa rwatangaje ko rudafite ububasha bwo kuburanisha Kalev Mutond wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubutasi (ANR). Urukiko rwavuze ku rwego Kalev Mutondo yariho nk’umuyobozi mukuru mu buyobozi bwa Leta. Kubera iyo mpamvu, agomba kwitaba urukiko rw’ubujurire. Umunyamategeko Muyambo akaba yasezeranyije ko kujuririra iki cyemezo […]