Norvege yahambirije Abakozi 15 ba Ambasade yâu Burusiya ishinja kuba intasi
Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Mata ighugu cya Norvege cyatangaje ko kirukanye ku butaka bwacyo abakozi 15 ba Ambasade yâu Burusiya muri Oslo, kivuga ko bari intasi . âAba bakozi 15 bâubutasi batangajwe ko badakenewe kubera ko bakora ibikorwa bitajyanye na statut yabo yâabadipolomate,â ibi ni ibyatangajwe na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Norvege, Anniken […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zumvirije Umunyamabanga Mukuru wa Loni – Amabanga
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye yiteguye cyane guharanira inyungu zâu Burusiya, nkâuko bigaragara mu makuru mashya ari mu nyandiko zâibanga ziherutse gushyirwa ku karubanda agaragaza ko Amerika yanekaga Guterres . Ayo makuru akomeje gushyirwa ahagaragara buhoro buhoro yerekana ko Washington yakurikiraniraga hafi Antonio Guterres. Inyandiko nyinshi zikomoza ku biganiro […]
Uganda: Urukiko rwanze kurekura byâagateganyo bwa kabiri minisitiri ushinjwa kunyereza amabati
Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rwo muri Uganda rushinzwe kurwanya ruswa rwanze kurekura byâagateganyo ku ngwate ku nshuro ya kabiri minisitiri ukurikiranyweho icyaha cyo gutakaza umutungo wa leta, ruswa nâumugambi wo kuriganya guverinoma . Umucamanza mukuru Joan Aciro yahakanye icyifuzo cyo kurekurwa byâagateganyo nyuma yâuko Minisitiri Mary Goretti Kitutu wâimyaka 60, yamaze icyumweru cya pasika […]
Tariki 13 Mata 1994: Abatutsi basaga 35,000 biciwe muri Kiliziya ya Nyarubuye
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda bagabweho ibitero benshi bakwicwa . Impunzi zâabatutsi zisaga 35,000 zaturutse muri za komini Rukira, Rusumo, Birenga, Kigarama na Rukara no ku musozi wa Nyarubuye, ziciwe mu […]
Kayonza: Hatangiye iperereza ku mibiri yarohowe mu kiyaga bikekwa ko ari iyâabishwe muri jenoside
Imibiri bivugwa ko iri hagati ya 45 na 50 yâabantu bikekwa ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku itariki ya 10 Mata, yakuwe mu Kiyaga cya Gashaka mu Murenge wa Mukarange, mu Karere ka Kayonza . Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Mukarange, Patrick Kabandana, yabwiye abanyamakuru ko aya makuru yabanje gutangwa nâumuturage wo mu […]
Uganda: Urukiko rwa gisirikare rwakatiye Abanyakenya 32 imyaka 20 yâigifungo
Urukiko rwa Gisirikare rwa Diviziyo ya 3 ruherereye mu Karere ka Moroto mu majyaruguru ya Uganda rwakatiye Abanyakenya 32 bo igifungo cyâimyaka 20 muri gereza ya leta ya Moroto kubera gutunga imbunda nâamasasu mu buryo butemewe . Abanyakenya 32 bose batuye mu Ntara ya Orum mu Karere ka Lodwar, mu Ntara ya Turkana bahamwe n’icyaha […]
Tariki12 Mata 1994: I Mukarange Padiri Gatare wari Umututsi na mugenzi we w’Umuhutu washatse kwitambika baricanwe
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 12 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . Frodouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezanguni bâAbahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/1994, Karemera Frodouald wa […]
U Budage nabwo bwahambirije Ambasaderi wa Tchad mu rwego rwo kwihimura
Igihugu cyâu Budage nacyo cyategetse Ambasaderi wa Tchad kuva i Berlin mu masaha 48, nyuma yâicyemezo nkâiki cya guverinoma ya gisirikare ya Tchad mu cyumweru gishize. Minisiteri yâububanyi nâamahanga ikaba yagize iti: “Turicuza kuba bibye ngombwa ko bigera aha .” Ku wa Kabiri, Minisiteri yâububanyi nâamahanga yatangaje ko u Budage bwategetse Ambasaderi wa Tchad kuva […]
Amabanga ya Pentagon yerekanye uko Koreya yâEpfo yatinye kohereza intwaro muri Ukraine
Inyandiko za Pentagon ziherutse gushyirwa ku karubanda BBC yabashije kubona, ziragaragaza ikiganiro hagati y’abayobozi bo mu rwego rwo hejuru bo muri Koreya y’Epfo ku bijyanye no kugurisha intwaro zashoboraga gukoreshwa muri Ukraine . Ni ikiganiro cyabaye hagati yâabajyanama bakuru ba Perezida Yoon Suk Yeol. Muri icyo kiganiro humvikanamo kutumvikana hagati yâigitutu cya Amerika cyo kohereza […]
Les douaniers rwandais et ougandais se rencontrent aprÚs un prétendu problÚme de scanner à  la frontiÚre de Gatuna
Un article paru dans The Daily Monitor dimanche dernier, le 9 avril, sous le titre “Une panne du scanner de cargo paralyse le commerce Ă Â Katuna”, impliquait qu’il y avait des retards de camions de cargo en raison de problĂšmes techniques avec le scanner de camion au poste frontiĂšre Ă Â guichet unique, Katuna, du cĂŽtĂ© […]
Ethiopia: Abakozi 2 bâumuryango utabara imbabare wa CRS biciwe muri Amhara
Abakozi babiri mu byâubutabazi bakorera Catholic Relief Services (CRS) biciwe mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia nkâuko byatangajwe nâuyu muryaango kuri uyu wa Mbere ushize . CRS yavuze ko Chuol Tongyik, wâimyaka 37, wari umuyobozi ushinzwe umutekano, na Amare Kindeya wâimyaka 43, wari umushoferi, barashwe bakicirwa mu modoka ya CRS ku Cyumweru ubwo basubiraga ku […]
Dalai Lama yasabye imbabazi nyuma ya video imugaragaza asaba umwana muto kumwonka ururimi
Kuri uyu wa Mbere, umuyobozi mu byâumwuka wo muri Tibet, Dalai Lama, yasabye imbabazi nyuma yâamashusho amugaragaza asaba umwana wâ umuhungu kumwonka ururimi bigateza ikibazo ku mbuga nkoranyambaga . Iyi videwo yagiye ahagaragara, yerekana Dalai Lama w’imyaka 87, asoma ku minwa umwana wâumuhungu ubwo yari agiye kumusuhuza. Uyu mupadiri wo mu idini rya Buddha agaragara […]
USA na Philippines byatangije imyitozo karundura ya gisirikare nyuma yâu Bushinwa
Nyuma yâumunsi umwe u Bushinwa busoje imyitozo minini hirya no hino hafi ya Taiwan, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Philippines nabyo byatangije imyitozo minini ya gisirikare ihuriweho . Mu minsi itatu, Igisirikare cyâu Bushinwa kitoje kugota Taiwan mu rwego rwo gusubiza guhura kâumuyobozi wâicyo kirwa na Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika mu cyumweru […]
Tariki 11 Mata 1994: Umunsi Ingabo z’Ababiligi zitererana Abatutsi bari bahungiye muri ETO Kicukiro
Ku itariki nkâiyi ya 11 Mata mu 1994, “Leta yâAbatabazi” yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hakomeye hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . Ingabo zâAbabirigi zataye impunzi zâAbatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cyâishuri ryâimyuga […]
Kentucky: Umukozi wa banki yishe arashe bagenzi be batanu mbere yo kwicwa
Abantu batanu bapfuye ubwo umukozi muri banki yo mu Mujyi wa Louisville, muri Kentucky, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarasaga bagenzi be kandi icyo gitero akagicisha kuri instagram imbonankubone nkâuko Polisi ivuga . Abishwe bari hagati yâimyaka 40 na 64. Mu bandi icyenda bakomeretse harimo umupolisi winjiye vuba wari wasoje amasomo mu byumweru […]
Hospitali ya King Faisal kuanza upandikizaji wa figo mwaka huu
Wizara ya Afya imetangaza kuwa hospitali ya King Faisal itaanza kutoa huduma ya upandikizaji figo mwaka huu na hivyo kuwa hospitali ya kwanza kuanzisha huduma hiyo nchini . Maendeleo hayo yalitarajiwa kuanza mnamo 2022, hata hivyo, hospitali ilikuwa bado inaandaliwa kwa huduma ya matibabu. Akizungumza na gazeti la The New Times, Julien M. Niyingabira, Meneja […]
RDC: Ingabo za Uganda zageze i Kiwanja numa yo kuhava kwa M23
Nyuma yo kwinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zinyuze mu mujyi wa Bunagana, ku itariki ya 31 Werurwe, Ingabo za Uganda (UPDF) zakomeje koherezwa hirya no hino mu bice zizaoreramo, cyane cyane mu turere M23 igenda irekura buhoro buhoro . Ku wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata, itsinda ryâabasirikare 1.000 mu 2000 bari bategerejwe […]
Ibitaro bya King Faisal biratangira gutanga serivisi zo gusimbura impyiko muri uyu mwaka – RBC
Minisiteri yâubuzima yatangaje ko ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bizatangira gutanga serivisi zo gusimbuza impyiko muri uyu mwaka, bikaba ibitaro bya mbere bibitangije mu gihugu . Byari biteganijwe ko ibi bizatangira mu 2022, ariko, ibitaro byari bigitegurwa kugirango bitange izi serivisi zâubuvuzi. Aganira na The New Times, Julien M. Niyingabira, Umuyobozi wâishami ryâikigo cyâitumanaho cyâIkigo cyâigihugu […]
Masisi: Habaye gusubiramo hagati yâamatsinda abiri yâinyeshyamba za Nyatura
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 9 Mata 2023, ahitwa Buganda, mu gace ka Kabalekasha, Umudugudu wa Bishange, Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi muri Kivu yâAmajyaruguru habaye imirwano hagati yâamashami abiri ashyamiranye ya Nyantura . Aya makuru yahawe Lesvolcansnews.net atanzwe na perezida wâinama yâurubyiruko ya Gurupoma ya Mupfuni Shanga. Uyu witwa Abishe Shabirera, yerekana […]
Ethiopia: Icyemezo cyo gusenyera ingabo zâintara mu zâigihugu gishobora gushoza indi ntambara
Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu mijyi ibiri yo mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia mu gihe ibihumbi n’ibihumbi byâabaturage baho bigaragambyaga bamagana itegeko rya guverinoma ihuriweho yo gusenyera igisirikare cyâintara mu gisirikare cyâigihugu . Abagize ingabo zidasanzwe za Amhara nâimitwe yitwara gisirikare ikorana nazo, bahize ko bazamagana icyemezo cyafashwe […]
#Kwibuka29: Bumwe mu bwicanyi bwakozwe ku itariki ya 10 Mata 1994 hirya no hino mu gihugu
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 10 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko y’icyahoze arri CNLG iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma yâabicanyi yayoborwaga na minisitiri wâintebe Jean Kambanda […]
Amakuru yâibanga ku ntambara yo muri Ukraine yashyizwe ku karubanda ashobora kwangiza byinshi
Inyandiko z’ibanga zibarirwa muri za mirongo za minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zirimo amakarita, ibishushanyo n’amafoto , zikomeje guhererekanywa ku mbuga za internet nyuma yo gushyirwa ku karubanda nâumuntu utaramenyekana . Ibishya muri ibi bingana gute? Amakuru menshi yo muri izi nyandiko asanzwe azwi. Itandukaniro ni uko yatangajwe ku bwinshi, kandi yose […]
U Bushinwa bwohereje indege nyinshi zâintambara nâamato hafi ya Taiwan
Kuri iki Cyumweru, u Bushinwa bwohereje indege nyinshi zâintambara nâamato yâintambara hirya no hino hafi ya Taiwan ku munsi wa kabiri wâimyitozo minini ya gisirikare, mu kwerekana ingufu nyuma yâinama yahuje perezida wâicyo kirwa na Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Iyi myitozo yamaganwe na Taipei yamaganwa kandi isaba Washington, […]
Umwicanyi ruharwa wanafataga ku ngufu wari warahimbye urupfu rwe yafatiwe muri Tanzaniya
Muri Tanzaniya, hafatiwe umwicanyi wari na ruharwa mu gufata ku ngufu watorotse gereza yo muri Afurika yepfo abinyujije mu guhimba urupfu rwe . Thabo Bester yari amaze umwaka umwe yarabuze nyuma yo gutekerezwa ko yapfuye yitwitse muri kasho yari afungiwemo. Kumuhiga byatangiye mu kwezi gushize nyuma yâiperereza rishya ryakozwe nyuma yâurupfu rwe rwâuruhimbaano ryerekanye ko […]
Uganda: Abandi bayobozi barimo minisitiri wâintebe bashobora kugezwa mu rukiko bazira amabati
Biteganijwe ko abandi bayobozi benshi muri guverinoma na ba minisitiri bazakurikiranwa mu rukiko kubera imanza zerekeranye nâamahano yo kunyereza mabati yari agenewe abatishoboye mu Karere ka Karamoja muri Uganda, nkâuko abapolisi nâibiro byâumuyobozi wâubushinjacyaha (DPP) babitangaje . Umuvugizi wa polisi, Fred Enanga, yatangarije Sunday Monitor ko iperereza rya polisi, aho ubushinjacyaha bushingira ku byaha bushinja, […]
Kenya iracyakeneye ubufasha bwâu Rwanda ku ikoranabuhanga ryo gukusanya imisoro
Kenya irashaka ubufasha bw’u Rwanda mu guhindura uburyo bwo kwishyuza imisoro hakoreshejwe ikoranabuhanga kugira ngo hongerwe imisoro, cyane cyane mu nzego zitamenyekanisha uko zinjije (informal sector) . Ubu buryo bwâikoranabuhanga bwo kwishyuza imisoro bwatumye u Rwanda rukuba hafi inshuro ebyiri imisoro ku nyongeragaciro, kandi Kenya yizeye kwigana ibyagezweho nâu Rwanda. Nubwo Kenya isanzwe ikoresha imashini […]
Rutshuru: Sosiyete sivile irashinja Ingabo za Uganda gukorana na M23
Abasirikare ba Uganda boherejwe muri Congo barimo kwagura aho bazakorera muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu yâ Amajyaruguru) nyuma yo koherezwa vuba aha mu mujyi wa Bunagana mu butumwa bwo kubungabunga umutekano, mu rwego rwâingabo zâakarere ka EAC, ariko Sosiyete sivile yâaha irashinja izi ngabo gukorana na M23 . Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 08 […]
Nakiriye telefoni nyinshi zinsaba kwanga kugenwa kwanjye muri guverinoma â Vital Kamerhe
Minisitiri wâintebe wungirije, Minisitiri wâubukungu akaba na Perezida wâishyaka rya politiki Union pour la Nation congolaise (UNC), Vital Kamerhe kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata 2023 yageze i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo . Uyu muyobozi uherutse gushingwa ubukungu bwâigihugu yari agiye kwiyandikisha hasigaye iminsi itatu ngo kwiyandikisha kuri lisiti yâitora birangire […]
Tariki 9 Mata 1994: Abafaransa batangije Opération Amaryllis Abatutsi 500 bicirwa mu kiliziya i Gikondo
Tariki ya 9 Mata, nibwo icyo Abafaransa bise « OpĂ©ration Amaryllis  » yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cyâiyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa nâabanyamahanga bari mu Rwanda. Iyo operasiyo yabaye igihe abantu bicwaga cyane muri Kigali nâahandi henshi mu gihugu, bicwa nâabasirikari nâInterahamwe . Izo ngabo zâAbafaransa zarebaga abicwaga nyamara ntibigeze babatabara, barabaretse baricwa […]
Ethiopia: Leta irateganya gusenyera mu gisirikare cyâigihugu ingabo zari izâintara
Kuri uyu wa Kane, itariki 6 Mata 2023, Guverinoma ya Ethiopia yavuze ko ishaka kwinjiza mu gisirikare cyâigihugu cyangwa igipolisi, ingabo zari zisanzwe ari izâintara, igikorwa gishobora kubonwa nko gushaka kugabanya ubwigenge izo ntara zagiraga . Ethiopia igizwe nâintara 10 zifite ubwigenge ku bintu runaka, uhereye ku kugira ingabo zazo kugeza ku burenganzira bwo gukoresha […]
EAC inaungana na Wanyarwanda katika kuadhimisha Mauaji ya Kimbari dhidi ya Watutsi

Jumuiya ya Afrika Mashariki (EAC) Ijumaa, Aprili 7, iliungana na Wanyarwanda katika kumbukumbu ya 29 ya Mauaji ya Kimbari ya 1994 dhidi ya Watutsi . Hii ilikuwa wakati wa hafla ya kumbukumbu iliyohudhuriwa na wafanyakazi wa EAC, na wawakilishi wa jumuiya ya kimataifa wenye makazi yao Arusha, Tanzania, na wakazi wa Arusha wakiongozwa na Mkuu […]
RDC: MONUSCO yafunze ibindi birindiro byayo
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 6 Mata, MONUSCO yafunze ibirindiro byayo muri Kamango, umurwa mukuru wa sheferi ya Watalinga, nko mu birometero 80 mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâumujyi wa Beni muri Kivu yâAmajyaruguru. Ni inkambi yari yashinzwe mu myaka icumi ishize mu rwego rwo guhangana nâibikorwa byâinyeshyamba za ADF muri kiriya gihe, ikaba yafunzwe ihabwa […]
#Kwibuka29: Le chef de l’ONU appelle Ă Â agir pour prĂ©venir de futures atrocitĂ©s
Alors que le monde cĂ©lĂšbre la JournĂ©e internationale de rĂ©flexion sur le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi au Rwanda, le SecrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations Unies, AntĂ Âłnio Guterres, a appelĂ© la communautĂ© internationale Ă Â rĂ©flĂ©chir sur la tragĂ©die et Ă Â prendre des mesures pour empĂ ÂȘcher que des atrocitĂ©s similaires ne se reproduisent . Dans son […]
Israel yagabye ibitero bikaze muri Liban na Gaza nyuma yo kuraswaho rokete uruhuri
Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byâindege ku birindiro byâumutwe wâabarwanyi bâAbanyapalesitine wa Hamas mu majyepfo ya Liban no mu karere ka Gaza . Igisirikare cyavuze ko ibyo bitero ari igisubizo cyâibisasu bya roketi 34 byarashwe biva muri Liban byerekeza mu majyaruguru ya Israel, kuri uyu wa Kane ushize, cyavuze ko byarashwe na Hamas. Abarwanyi bo […]
Kindu: Bategereje mu minsi iri imbere abarwanyi ba M23 bazashyira intwaro hasi
Abarwanyi ba M23 “bakomoka muri Congo” bazashyira intwaro hasi bategerejwe i Kindu mu minsi iri imbere nkâuko byatangajwe nâUmuyobozi w’umujyi wa Kindu ku wa Gatatu, itariki ya 05 Mata 2023, ubwo yabonanaga n’abaturage, ariko ashimangira ko abarwanyi b’abanyamahanga bo muri uwo mutwe bo bagomba gusubira iwabo . Nkâuko Augustin Mulamba Atibu abitangaza ngo abazasubizwa mu […]
#Kwibuka29: Ibyaranze itariki ya 7 Mata muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 7 Mata 2023, u Rwanda n’Isi yose turibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abantu basaga miliyoni mu minsi 100 mbere yo guhagarikwa n’izari ingabo za RPA/RPF. Hatangiye kandi icyumweru cy’icyunamo ku rwego rw’Igihugu kizasozwa ku itariki ya 13 Mata, aho insanganyamatsiko ari “Kwibuka Twiyubaka “. […]
Upinzani wa Uganda una wasiwasi kuhusu kutuma wanajeshi DRC
Nchini Uganda, uamuzi wa serikali kupeleka wanajeshi DRC una utata. Chama kikuu cha upinzani, FDC siku ya Jumanne kilimwomba rais kuwaeleza Waganda faida za kutumwa huku . Wanajeshi elfu mbili wa Uganda watatumwa mashariki mwa DRC chini ya bendera ya jeshi la kanda ya Afrika Mashariki, lenye jukumu la kusimamia uondoaji wa waasi wa M23. […]
Abatavuga rumwe nâubutegetsi muri Uganda ntibumva impamvu yo kohereza ingabo muri RDC
Muri Uganda, icyemezo cya guverinoma cyo kohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntikivugwaho rumwe aho ku wa Kabiri, ishyaka nyamukuru ritavuga rumwe nâubutegetsi, FDC ryasabye perezida gusobanurira Abagande inyungu zo kohereza ingabo . Abasirikare ibihumbi ba Uganda bari koherezwa mu burasirazuba bwa Congo mu rwego rwâingabo zâakarere ka Afurika yâIburasirazuba, zishinzwe kugenzura isubira […]
Mozambique: Ingabo zâu Rwanda zarashe drones 2 zâikigo gikorana na TotalEnergies y’Abafaransa
Ingabo zâu Rwanda muri Mozambique ziherutse kurasa drones ebyiri za True North, imwe mu masosiyete menshi akusanya amakuru kandi atanga umutekano kuri TotalEnergies. True North ngo yari yagurukije izi drones itabimenyesheje ingabo zâu Rwanda zazirashe. Ikibazo cyavuyemo cyasabye leta ya Mozambique kukinjiramo . U Rwanda nirwo rufite ingabo nâabapolisi benshi muri Cabo Delgado bagera ku […]
U Bushinwa na USA byiyemeje gufasha Zambia kwigobotora umwenda wa miliyari 14$
Kuri uyu wa Gatatu, abahagarariye ibihugu byâu Bushinwa na Amerika muri Zambia bemeye gukuraho ibyo batandukaniyeho no gufasha iki gihugu gukemura ikibazo cyâamadeni agera kuri miliyari 14 z’amadolari kibereyemo amahanga . Ambasaderi Du Xiaohui na Michael Gonzales kandi bemeye gushyigikira umuyobozi wâiki gihugu cya Afurika yâamajyepfo, Hakainde Hichilema, kubaka ubukungu bwarushijeho guhungabana kubera intambara yâu […]
Le gouvernement rwandais appelle au respect des directives de commémoration du génocide
Le ministĂšre rwandais de l’unitĂ© nationale et de l’engagement civique (MINUBUMWE) a exhortĂ© mercredi le public Ă Â respecter les directives Ă©mises avant la commĂ©moration de cette semaine du gĂ©nocide de 1994, qui dĂ©butera vendredi. La 29e commĂ©moration Ă Â venir se tiendra sous le thĂšme « Kwibuka twiyubaka : Remember-Unite-Renew  » et durera jusqu’au 13 avril. […]
Uganda: Minisitiri yatawe muri yombi azira amabati
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi minisitiri ushinzwe ibibazo bya Karamoja, Mary Kitutu, akurikiranyweho kwiba amabati yagenewe abakene bo mu karere ka Karamoja . Ifatwa rye ryayobowe n’abagize komite yâinteko ishinga amategeko ishinzwe iperereza ku ikoreshwa nabi ry’amabati yagenewe abatishoboye muri Karamoja. Byaje nyuma yâuko uyu yanze gutanga ibimenyetso, yabanje kurahira, ku byerekeye icyo cyaha. […]
RDC: Vuba aha ingabo za EAC zigiye gutangira gukorana nâiza MONUSCO

Vuba aha ingabo zâumuryango wa Afurika yâIburasirazuba zoherejwe mu burasirazua bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF) zigiye gutangira gukorana nâingabo zâumuryango wâAbibumbye (MONUSCO) . Umugaba mukuru wâingabo za EAC, Gen. Jeff Nyagah nâumugaba wâIngabo za MONUSCO, Gen. OtĂ ÂĄvio Rodriguez, kuri uyu wa Kabiri ushize bahuriye ku cyicaro cya MONUSCO barebera hamwe ibijyanye no guhuza […]
Gicumbi: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umugore ushinjwa kwica umwana w’umugabo we
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 04 Mata 2023, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore wâimyaka 30 yâamavuko, ukurikiranyweho kwica umwana wâumugabo we yareraga wâimyaka 6 yâamavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza, Umudugudu wa Kibeho, aho yamukubise isuka mu mutwe yamara kumwica akamutaba mu rutoki […]
Rwanda and IMF reached agreement on review of new resilience facility loan
Rwanda government officials and the International Monetary Fund (IMF) mission team have, on tuesday, reached a staff-level agreement on successful implementation of the economic and financial policies that were required to complete the first reviews under both the Policy Coordination instrument (PCI) and the Resilience and Sustainability Facility (RSF). The agreement, which is subject to […]
Uganda denies negotiating with DRC on behalf of M23
Kampala rejects the allegations conveyed on social networks according to which he is negotiating with Kinshasa on behalf of the M23 rebels, who occupy some localities in the province of North Kivu . Yoweri Museveni’s country speaks of a “hoax” by peace critics with the intention of distracting the public from ongoing bilateral achievements. âUganda […]
Ruto salue le rÎle du Rwanda dans la résolution de la crise sécuritaire en RD Congo
Le prĂ©sident William Ruto du Kenya a fĂ©licitĂ© le prĂ©sident Paul Kagame et le Rwanda pour leur comprĂ©hension et leur contribution « inestimables  » Ă Â la rĂ©solution de la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RD Congo . Il a dĂ©clarĂ© cela en s’adressant aux mĂ©dias lors d’une confĂ©rence de presse conjointe, dans le cadre […]
Ishyamba si ryeru muri OIF: Canada yagabanyije inkunga yageneraga umuryango
Canada yagabanije miliyoni 3 z’amadorali ku nkunga yageneraga Umuryango Mpuzamahanga wâibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) nyuma yâubushakashatsi bwâimbere mu muryango ku bijyanye n’akazi ndetse n’ibyemezo byinshi bitavugwaho rumwe by’Umunyamabanga Mukuru, Louise Mushikiwabo . Mu ibaruwa yo ku itariki ya 2 Mata yabonwe nâIbiro Ntaramakuru QMI, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Canada, MĂ©lanie Joly, yamaganye ibintu avuga ko […]
Gen. Chirimwami yashinje umwe mu bo bareganwa gutanga Bunagana gushaka kumwica
Ku nshuro ya gatatu, Brig. Gen. Chirimwami wa FARDC yitaba urukiko, mu iburanisha ryabaaye mu muhezo kuri uyu wa Kabiri, uyu mu ofisiye yakomeje gutuza no guhagarara ku buhamya yatanze imbere yâurukiko ku bijyanye nâifatwa ryâUmujyi wa Bunagana wigaruriwe na M23 muri Kamena umwaka ushize . Chirimwami watunzwe intoki n’abasirikare babiri bakuru ba FARDC (Colonel […]
IMF nâu Rwanda byumvikanye ku gusuzuma ibijyanye nâinguzanyo nshya
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 4 Mata, Ikigega Mpuzamahanga cyâImari cyatangaje ko cyageze ku msezerano yo ku rwego rwâabakozi nâu Rwanda kuri politiki ikenewe kugira ngo harangizwe isuzuma rya mbere ryâinguzanyo ya miliyoni 319 zâamadolari yâAmerika igenewe u Rwanda binyuze mu kigo gishya cya IMF cyo kwigira nâiterambere rirambye (RSF) . Aya masezerano agomba gusuzumwa […]
Uko pasiporo ya Perezia Salva Kiir yatowe mu giturage cyo muri Kenya
Cyagombaga kuba ari ku Cyumweru gisanzwe ku itariki ya 19 Ukuboza 1993, ku baturage bo mu giturage cya Sawmill cyo muri Kenya mu gace ka Ainabkoi hagati yâIntara za Uasin Gishu na Baringo ariko abaturage ntibari biteze kubona ibyabaye uwo munsi . Saa kumi n’imwe za mu gitondo, indege yaguye muri icyo giturage. Imbaga y’abantu […]
Nibura abantu 6 baguye mu mpanuka yâubwato mu Kiyaga cya Kivu abandi baburirwa irengero
Nibura abantu 6 baguye mu mpanuka yâubwato bwarohamye yabaye kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mata 2023 mu mazi yâIkiyaga cya Kivu, hafi ya Kizigo, muri Teritwari ya Idjwi, muri Kivu yâ Amajyepfo . Nkâuko byatangajwe na Moustapha, umuyobozi wa Teritwari ya Idjwi wemeje aya makuru mu binyamakuru byaho, ubwo bwato bwari butwaye abantu […]
Burundi: Abantu 19 bahoze muri RED-Tabara boherejwe nâu Rwanda bakatiwe igifungo cya burundu
Ubutabera bwâu Burundi bwakatiye igihano cyâigifungo cya burundu bantu 19 bahoze mu mutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD ufite ibirindiro muri Kivu yâAmajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Abaciriwe urubanza bari bahungiye mu Rwanda mbere y’uko rubashyikiriza abayobozi bâu Burundi mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga muri 2021. Nkâuko kopi yâurubanza rwaciwe nâurukiko […]
Gen. Chirimwami mu rukiko muri dosiye akurikiranwemo uruhare mu ifatwa rya Bunagana
Gen. Major Chirimwami guhera kuwa Gatanu arimo kwitaba urukiko nkâumutangabuhamya muri dosiye yâabasirikare babiri bakuru ba FARDC bakurikiranweho uruhare mu ifatwa ryâUmujyi wa Bunagana . Bivugwa ko Gen. Chirimwami yaba yarahaye amabwiriza abo ba komanda ba regiment ya 3307 nâiya 3412, zakoreraga ahitwa Gisiza na Bunagana, yo gusubiza ingabo inyuma zikajya Chengeero, ngo ari nabyo […]
RDC: Minisitiri wâingabo mushya yaganiriye nâumugaba mukuru wa UPDF ku kibazo cya Bunagana
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mata, Minisitiri wâintebe wungirije akaba na Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba Gombo, yagiranye ibiganiro nâintumwa zâIgisirikare cya Uganda (UPDF) ziyobowe nâumugaba mukuru, Gen. Wilson Mbadi . Minisitiri wâingabo wa RDC yari ari kumwe nâUmugaba Mukuru wa FARDC, Lieutenant General Christian Tshiwewe Songesha nkâuko […]
Finland Kujiunga na NATO Jumanne
Katibu Mkuu wa NATO Jens Stoltenberg alisema Finland itajiunga na muungano wa kijeshi siku ya Jumanne, chini ya mwaka mmoja baada ya nchi hiyo kuwasilisha ombi lake kujibu uvamizi wa Urusi dhidi ya Ukraine . Stoltenberg aliwaambia waandishi wa habari kabla ya mkutano wa mawaziri wa mambo ya nje wa NATO kwamba Finland inaleta jeshi […]
Uwari ukuriye igipolisi muri Kampala wari umaze imyaka hafi 5 yaratorotse yigaruye
Uwahoze ari umuyobozi wa polisi muri Kampala, Assistant Commission of Police (ACP) Siraj Bakaleke yongeye kugaragara nyuma yâimyaka hafi itanu ahunze igihugu yanga gutabwa muri yombi azira gufata no gufunga abenegihugu ba Koreya mu buryo bunyuranyije nâamategeko . ACP Bakaleke yahunze igihugu mu 2018 nyuma yo guhagarikwa ku mirimo ye muri Gicurasi kugira ngo akorweho […]
Sahel: Algeria ntikozwa kohereza ingabo zâamahanga mu karere hitwajwe iterabwoba
Kuri iki Cyumweru, itariki 2 Mata 2023, Umuyobozi w’Ingabo za Algeria, Lt.Gen. Said Chengriha, yongeye gusubiramo ko igihugu cye kitazemera ingabo zose zâamahanga zakoherezwa mu karere giherereyemo hitwajwe kurwanya iterabwoba . Mu ijambo rye, Gen. Chengriha yagize ati: “Algeria yanze uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kwivanga kwâamahanga mu karere hitwajwe kurwanya iterabwoba kuko ari […]
Kagame réélu président du FPR-Inkotanyi
Le prĂ©sident Paul Kagame a Ă©tĂ© réélu prĂ©sident du parti au pouvoir, le FPR-Inkotanyi, lors du 16e congrĂšs national qui s’est tenu au siĂšge du parti Ă Â Rusororo, le dimanche 2 avril. Kagame a Ă©tĂ© secondĂ© comme candidat par la sĂ©natrice Marie-Rose Mureshyankwano, qui a dĂ©clarĂ© que le premier a fait ses preuves en tant […]
Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu – Ubuhanuzi bwa 2023

Mu myaka hafi 500 ishize, Michel de Nostradame uzwi ku izina rya Nostradamus, yasohoye igitabo cye kizwi cyane cyitwa Les ProphĂ©ties, gikubiyemo ubuhanuzi 942 bigaragara ko buhanura ejo hazaza. Igitabo cyahanuye ibintu biteye ubwoba ku Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, kuzamuka kwa Hitler ku butegetsi, na Revolution y’Abafaransa, kandi ibyinshi mu byo yahanuye byabaye impamo […]