Umunyamakuru wa CNN wagereranyije imyigaragambyo yo kuri Capitol na Jenoside yakorewe Abatutsi yamaganwe

Umunyamakuru wa CNN, Anderson Cooper, yagereranije imyigaragambyo y’abashyigikiye Trump mu kwezi gushize ku nyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko ya Amerika, Capitol, na jenoside yabaye ku Isi mu bihugu nka Bosnia n’u Rwanda, ibintu bamwe babona bisa nko kugereranya ibidahuye hakurikijwe uko yakozwe n’umubare w’abantu bayiguyemo. Muri iki gitero cy’abashyigikiye Trump, abantu batanu, umupolisi n’abasivili bane […]

RDC: Inyeshyamba ya ADF yishwe izindi 2 zirafatwa mu mirwano yazihuje na FARDC

Mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 11 Gashyantare, Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyakomye mu nkokora igitero cy’inyeshyamba za ADF ahitwa Mutwanga, mu Murenge wa Ruwenzori ndetse kibasha kwica inyeshyamba imwe gifata n’izindi ebyiri. Umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 1, Lt Antony Mwalushayi, yavuze ko izi nyeshyamba […]

Abaperezida 5 bo muri Afurika bamaze igihe gito gishoboka ku butegetsi

275px-thomas_frederick_hope_.jpg

Abayobozi b’Abanyafurika basa nkaho bafitanye isano idasanzwe n’imbaraga, ntibajya bashaka kuva ku ntebe zabo. Ibihugu byinshi bya Afurika biyobowe n’abayobozi bamaze imyaka mirongo ku butegetsi, ariko kuri iyi nshuro turabagezaho urutonde rw’abayobozi batanu muri Afurika bamaze igihe gito gishoboka ku butegetsi. Christopher Elnathan Okoro Cole Benshi bakeka ko Siaka Stevens yari perezida wa mbere wa […]

Dr. Christopher Kayumba yandikiye ibaruwa ifunguye perezida Paul Kagame

kayumba-2.jpg

“Nyakubahwa Perezida, mbandikiye ku bya COVID-19 n’ingaruka zayo ku buzima bw’abaturage basanzwe, imibereho y’abaturage bacu ndetse n’ubukungu. Ikigamijwe ni ugusangira ibyo nize ku ngaruka zitigeze zibaho mu mibereho, ubukungu na politiki z’iki cyorezo ku gihugu cyacu, hagamijwe gutanga igitekerezo cyo gutekereza ku ngamba z’iterambere za guverinoma ubu zangijwe na virusi,” ibi ni umutwe w’ibaruwa ifunguye […]

Bwa mbere, Perezida Biden na mugenzi we w’u Bushinwa, bagiranye ikiganiro

Ku nshuro ya mbere kuva yatangira imirimo ye nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yaganiriye na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, kuri telephone baganira ku ngingo zitandukanye, zirimo ubucuruzi, n’ikibazo cy’uburenganzira bwa muntu. Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida Biden, abakuru b’ibihugu byombi banagarutse ku bushyamirane hagati y’u Bushinwa na Taiwan […]

RDC: FARDC irahakana amakuru y’abasirikare 400 baba baratorotse mu kigo cya Kamina?

Ubuyobozi bw’igisirikare cya repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, buranyomoza amakuru yavugaga ko mu Kigo cya Gisirikare cya Kamina haba hari abasirikare bigumuye bagatoroka igisirikare. Aya makuru yanemejwe kuri uyu wa Kabiri na minisitiri w’umutekano mu Ntara, Kis Kisala, avugana na Radio Okapi dukesha iyi nkuru. Uyu aravuga ko amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkorambaga y’uko […]

Abarimu basaga 4000 bari mu kazi nta mabaruwa akabashyiramo bafite

Abarimu 1,566 mu mashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu ntibafite dosiye zuzuye, mu gihe abagera ku 4,087 mu barimu 23,617 bari mu myanya badafite amaburuwa abashyira mu kazi. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kabiri, ubwo Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko yumvaga ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’ibya Minisitiri w’Uburezi ku bibazo […]

Kenya: Umugabo yarashe umwambi umugore we aramwica bapfuye ibigori

Umugabo wo mu Mudugudu wa Kaptimom, mu Mujyi wa Elburgon, wo mu Ntara ya Nakuru mu gihugu cya Kenya, kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Gashyantare, yarashe umwambi umugore we aramwica bapfuye imifuka y’ibigori. Nk’uko byatangajwe n’Urwego rushinzwe ubugenzacyaha, DCI, uyu mugabo witwa Wilson Koech, yashakaga kugurisha ibi bigori ariko umugore we n’umuhungu we batabishaka. […]

Sudani: Imyigaragambyo yamagana izamuka rikabije ry’ibiciro iragenda ifata intera

Kuri uyu wa Kabiri, imyigaragambyo yakajije umurego mu bice byinshi bya Sudani kubera ubuzima buhenze mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavugaga ko zishyigikiye ingufu za guverinoma nshya mu kuzamura ubukungu. Guverinoma nshya y’iki gihugu, irimo n’abahoze ari abayobozi b’inyeshyamba, yashinzwe gukemura ikibazo cy’ubukungu cyatewe n’ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye iki gihugu […]

Centrafrica: Ingabo za leta zifashijwe n’iz’u Rwanda zigaruriye Umujyi wa Bouar

Kuri uyu wa kabiri, itariki 09 Gashyantare, igisirikare cya Centrafrica gifashijwe n’ingabo z’u Rwanda n’Abarusiya, cyigaruriye Umujyi wa Bouar, aho nyuma yo kuwigarurira amafoto agaragaza ingabo muri mu gace ka PK 0 muri uyu mujyi yahise atangira gukwirakwizwa. Imirwano ikomeye yabaye ku matariki 9 na 17 Mutarama yari yatumye ibihumbi by’abaturage bahunga ingo zabo, ndetse […]

Uvira: Ofisiye muto wa FARDC yirashe mu mutwe kubera umugore we

Umusirikare wo ku rwego rwa ofisiye mu Gisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa Mbere yiyahuye yirasa mu mutwe ku muhanda wa Kalimabenge, mu Mujyi wa Uvira, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo muri Kivu y’Amajyepfo, Capt. Dieudonne Kasereka, uyu musirikare ngo yirashe nyuma yo kugirana ubwumvikane bucye n’umugore we. Yagize ati “Uyu […]

Le confinement de Kigali a rĂ©duit de 72% les cas de Covid-19 – RBC

Le confinement de 21 jours qui a Ă©tĂ© rĂ©cemment imposĂ© Ă  Kigali a eu un impact Ă©norme, rĂ©duisant de 72% les nouveaux cas de Covid-19 dans la ville, selon le directeur gĂ©nĂ©ral du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC). AnnoncĂ©es le 18 janvier, les mesures de confinement visaient Ă  freiner le nombre Ă©levĂ© de nouvelles infections […]

U Rwanda rwabonye robots nshya zizifashishwa mu gukumira ikwirakwizwa rya Covid-19

etydax4wqaix4tm.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP) yakiriye izindi robot mu rwego rwo gushimangira urugamba rwo kurwanya icyorezo cya Covid-19 nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Muri ubu bufatanye, u Rwanda rwakiriye robot eshatu zo mu bwoko bwa THOR UVC biteganyijwe ko zizagira uruhare rukomeye mu gucungana no gukumira […]

Ibihugu 10 bya mbere ku Isi bitari byiza ku bagore n’abakobwa

Ishusho y’umugore wo mu kinyejana cya 21 igaragaza ko yifitiye icyizere, atera imbere, afite ubuzima bwiza n’ubwiza. Ariko benshi muri miliyari 3.3 z’abagore batuye kuri iyi Isi yacu, buri mwaka, bakomeje guhura n’ihohoterwa, gukandamizwa, kwigunga, ubujiji no kuvangurwa. Ibihugu byinshi, hano ku isi byibasiwe n’ihohoterwa rikorerwa abagore. U Buhinde buza ku isonga mu bihugu bibi […]

Gatsibo: Abanyeshuri 16 bafunzwe bazira imyigaragambyo, ishuri rirafungwa

Guhera ku Cyumweru tariki ya 07 Gashyantare 2021, abanyeshuri 16 b’ishuri Gakoni Adventist College ryo mu Karere ka Gatsibo, bari mu maboko ya Polisi sitasiyo ya Kiramuruzi bazira guteza imyigaragambyo. Abanyeshuri bagera kuri 16 biga mu ishuri ryisumbuye rya Gakoni Adventist College,mu Karere ka Gatsibo, bari mu maboko y’inzego z’umutekano kuva ku Cyumweru bazira guteza […]

U Budage, Pologne na Sweden nabyo byihimuye ku Burusiya

Ibihugu by’u Budage, Pologne na Sweden nabyo byirukanye umudipolomate w’Umurusiya muri buri ambasade y’iki gihugu muri ibyo bihugu, mu rwego rwo gusubiza iyukanwa ry’abadipolomate babyo u Burusiya bwirukanye mu cyumweru gishize. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Budage, mu itangazo ryo kuri uyu wa Mbere, yavuze ko icyemezo cy’u Burusiya cyo kwirukana abadipolomate bo mu bihugu bigize […]

Uganda: Bobi Wine yahaye urukiko ibigaragaza uko Museveni yabashije kumutsinda

Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, yatanze ibindi bimenyetso bishya mu Rukiko rw’Ikirenga birushaho gushyigikira ubusabe bwe bwo kuvuguruza intsinzi ya Perezida Yoweri Museveni mu matora aheruka. Mu bimenyetso bishya yatanze muri weekend ishize, Bobi Wine wari umukandida w’ishyaka, National Unity Platform (NUP) agaragaza inshuro nyinshi Museveni yagiye mu buryo buziguye cyangwa butaziguye aha ruswa […]

Tchad: Hadutse imyigaragambyo yamagana manda ya 6 ya Perezida Idriss Deby

Nyuma yo gutangaza Perezida Idriss Deby wa Tchad nk’umukandida w’ishyaka rye mu matora y’umukuru w’igihugu, muri iki gihugu hahise haduka imyigaragambyo kuri uyu wa Gatandatu y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bamagana iyi manda ya gatandatu agiye guhatanira. Mu masaha ya mu gitondo ubwo Perezida Deby yari amaze gutangazwa nk’umukandida w’ishyaka rye, hirya no hino mu murwa mukuru, […]

Nyamata: Abasaga 100 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Abantu basaga 100 kuri uyu wa Gatandatu bafatiwe mu tubari dutandukanye mu Murenge wa Nyamata, mu Karere ka Bugesera, barimo kunywa inzoga birengagije amabwiriza yo gukumira Covid-19. Aba bantu uko ari 113 bafatiwe ahantu hatandukanye hakira abantu benshi nko mu tubari no muri za motel. Mu batawe muri yombi, harimo icyenda baturutse mu Mujyi wa […]

Padiri Innocent Rukamba wa Diyosezi ya Kibungo yitabye Imana

Padiri Innocent Rukamba wari umupadiri wa Diyosezi ya Kibungo yitabye Imana kuri iki Cyumweru, itariki 07 Gashyantare 2021 azize uburwayi. Mu itangazo rya Diyosezi ya Kibungo, ryashyizweho umukono na Arkiyepiskopi wa Kigali akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Kibungo, Cardinal Antoine Kambanda, yifatanyije n’umuryango n’inshuti za nyakwigendera. Ibi bikaba byamenyeshejwe Abepisikopi, Abapadiri, Abihayimana, Abakirisitu n’abandi bose […]

Abifuza kwinjira mu Gisirikare cy’u Rwanda, RDF, baratangira kwiyandikisha

etmp2gawqae5fjr.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, kirahamagarira abifuza kujya mu gisirikare ku rwego rw’abasirikare bato bujuje ibisabwa gutangira kwiyandikisha mu biro by’umurenge babarurirwamo guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 08 kugeza ku itariki 12 Gashyantare. Abemerewe kwiyandikisha ni abasore n’inkumi bujuje ibisabwa birimo kuba ari Umunyarwanda, kuba afite imyaka 18 kandi atarengeje 23, kuba afite ubuzima buzira […]

Umupolisi yarashe umugore we n’umugabo yashinjaga kumuca inyuma

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, umupolisi wo muri Uganda yarashe umuturanyi we w’umusivili aramwica nyuma yo kumenya ko yamucaga inyuma agasambana n’umugore we nawe yarashe. Uyu mupolisi ufite ipeti rya constable witwa George Omara ukorera kuri Station Nkuru ya Polisi muri Lira avugwaho kurasa mu mutwe Muhammad Hassan Ogwal, w’imyaka 38, amusanze […]

Icyogajuru cy’u Bushinwa cyafashe ku nshuro ya mbere amafoto y’umubumbe wa Mars

gettyimages-1124672049.jpg

Icyogajuru cy’u Bushinwa ku nshuro ya mbere cyafashe amafoto y’umubumbe wa Mars, mu gihe bukataje mu bushakashatsi mw’isanzure. Icyogajuru kiswe Tianwen-1, kiri kwerekeza kuri Mars, kuri uyu ewa gatanu ushize nibwo cyohereje ifoto ya mbere y’uyu mubumbe utukura nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (CNSA). Nk’uko iyi nkuru dukesha L’Express ivuga, iki cyogajuru cyoherejwe […]

Uganda: Hafashwe abakwirakwizaga inyandiko zisebya Perezida Museveni

Igipolisi cya Uganda muri Masaka cyataye muri yombi abantu babiri bashinjwa gukwirakwiza inyandiko ziriho ubutumwa busebya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni bumaze imyaka 35. Izi nyandiko z’iroza ziriho ifoto ya Museveni iciyemo umusaraba zatangiye gukwirakwizwa mu cyumweru gishize mu Mujyi wa Masaka. Izi nyandiko kandi ziriho ubutumwa bwita Perezida Museveni umunyagitugu ndetse bushinja ubutegetsi bwe […]

RDC: Abantu bitwaje intwaro batwitse station ya polisi

Inyeshyamba bikekwa ko ari iza Mai-Mai mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, itariki 06 Gashyantare zateye station ya polisi iherereye ahitwa Vusamba, mu Mujyi wa Butembo, muri Teritwari ya Lubero, zisiga ziyitwitse. Nk’uko byatangajwe na Sosiyete Sivile ya Lubero yatangarije aya makuru 7SUR7.CD, abo bantu bitwaje intwaro batwitse station ya polisi […]

Yasanzwe mu kigega cy’amazi yarapfutswe umunwa aziritse amaguru n’amaboko

Mu gace ka Kasenga, ahacumbikiwe abantu bavanywe mu byabo n’imyuzure muri Mata, mu mujyi wa Uvira, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yasanzwe mu kigega cy’amazi yapfutswe umunwa yanaziritswe amaboko yenda gupfa. Uyu muntu uri mu kigero cy’imyaka 20 wari mu myaka 20 ndetse afite abana babiri, yari yashimuswe ku itariki 02 Gashyantare 2021 n’abantu […]

Papa Fransisiko yagize Padiri Eduard Sinayobye Umwepisikopi wa Diyosezi ya Cyangugu

Padiri Edouard Sinayobye wari Umuyobozi wa Seminari Nkuru ya Nyumba, yagizwe na Papa Fransisiko Umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu yari imaze imyaka ibiri iyoborwa by’agateganyo na Musenyeri Hakizimana Celestin. Kuri uyu wa Gatandatu nyuma ya saa sita nibwo aya makuru yatangajwe na Radio Vatican ivuga ko Musenyeri Sinayobye yatoranyijwe n’Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko. […]

Abanyeshuri 60% muri Uganda banywa inzoga, abasaga 30% banywa ibiyobyabwenge

Abanyeshuri bagera kuri 60% biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri Uganda banywa inzoga mu gihe abasaga 30% banyweye urumogi, cocaine n’ibindi biyobyabwenge bibujijwe nk’uko raporo shya yashyizwe ahagaragara ibivuga. Urumogi, cocaine, chicha, mugo, amatabi n’inzoga ni bimwe mu biyobyabwenge n’ibyo kunywa bibujijwe binywebwa cyane n’abana b’abanyeshuri nk’uko iyi raporo y’Ishuri rya psychology rya Kaminuza ya […]

Burundi: Ababyeyi batanze uburenganzira bwo guhana umwana wabo birangira yishwe

Umwana w’umuhungu w’imyaka 15 aherutse kwicishwa inkoni ku itariki 02 Gashyantare ahitwa Mugaruro, muri Zone ya Musenyi, ho muri Komini Mpanda, mu Ntara ya Bubanza. Uyu mwana yishwe n’inkoni yakubiswe n’uwitwa Thomas Ndereyimana, bivugwa ko akuriye Imbonerakure muri iyi komini, wari wahawe uburenganzira n’ababyeyi b’uyu mwana ngo amuhane kuko yari yafashe ku ngufu mwishywa we […]

Gitega: Umwana w’imyaka 16 yishe mugenzi we w’imyaka 13 amuteye icyuma

Ku mugoroba wo ku wa Kane, itariki 4 Gashyantare 2021, umwana w’umuhungu w’imyaka 16 wo mu Murenge wa Gitega, mu Karere ka Nyarugenge, yishe undi mwana w’imyaka 13 amuteye icyuma bapfuye amafaranga 500. Ababonye uko byagenze, bavuga ko umugiraneza yahaye aba bana amafaranga 500 ngo bayagabane ariko kumvikana birabananira bivamo imirwano yarangiye umwe ateye undi […]

Abashoferi n’abamotari batangiye gupimwa Covid-19 mbere yo kuvanwa mu rugo

Abantu bakora mu rwego rwo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange, abamotari n’abashoferi, batangiye gupimwa Covid-19 mbere y’uko Guma mu Rugo irangira, aho ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, giteganya gupima byibuze mu minsi ibiri abantu 800. Ni gikorwa cyatangiye kuri uyu wa 05 kigasozwa kuri uyu wa 06 Gashyantare, kigamije kureba uko ubwandu buhagaze […]

Juba: Abanyapolitiki bagera kuri 300 birukanwe mu mahoteli kubera kutishyura

Abanyapoliti bo muri Sudani y’Epfo babarirwa muri magana basohowe mu mahoteli bari bacumbitsemo mu gihe cy’ibiganiro by’amahoro, kubera imyenda bafitiye aya mahoteli ubarirwa muri miliyoni 50 z’Amadolari. Abanyapolitiki bagera kuri 300 baturuka mu mashyaka atandukanye atavuga rumwe n’ubutegetsi, ishyaka riri ku butegetsi no mu gisirikare, bari bamaze imyaka myinshi baba mu mahoteli agera kuri 18 […]

U Burusiya bwahambirije abadipolomate b’ibihugu 3 byo mu Burayi

U Burusiya bwirukanye abadipolomate batatu bava mu Budage, Sweden na Pologne bashinjwa kugira uruhare mu myigaragambyo yo gushyigikira utavuga rumwe n’ubutegetsi , Alexei Navalny, watawe muri yombi mu minsi ishize. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yavuze ko aba badepolomate bivanze mu myigaragambyo itemewe yabaye ku itariki 23 Mutarama. Ibihugu aba badipolomate baturukamo bamaganye iki cyemezo […]

Lancement d’un essai clinique sur le mĂ©lange de vaccins Covid-19

La première Ă©tude mondiale sur le vaccin Ă  dose alternative Covid-19 lancĂ©e le jeudi 4 fĂ©vrier 2021 au Royaume-Uni examinera si diffĂ©rents vaccins peuvent ĂŞtre utilisĂ©s en toute sĂ©curitĂ© pour les rĂ©gimes Ă  2 doses Ă  l’avenir. Selon un communiquĂ© de presse du gouvernement britannique, les participants Ă  l’essai clinique recevront diffĂ©rents vaccins pour leurs […]

RDC: Perezida wa Sena, Alexis Thambwe Mwamba, yeguye

Mbere gato y’uko inteko rusange muri Sena ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo itangira guterana kuri uyu wa Gatanu, itariki 5 Gashyantare 2021, kugira ngo isuzume ibirego biregwa buri muntu ku giti cye muri batandatu bagize ibiro bya Sena, Perezida wayo, Alexis Thambwe Mwamba, yahise atanga ubwegure bwe. Ni nyuma y’aho abasenateri begereye Perezida Felix […]

Ibihugu bya mbere bivugwaho kugira ingabo zifite ubutwari budasanzwe

maxresdefault_1_-5.jpg

Kuri iyi Isi hari ibihugu bifatwa nk’ibifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi ku Isi, ahanini ugasanga bishingira ku bukungu bwabyo n’ubushobozi bwo kubona ibikoresho bya gisirikare bikeneye, ariko kuri iyi nshuro turagaruka ku bihugu bifite igisirikare kibarizwamo abasirikare b’intwari kurusha ibindi nk’uko tubikesha urutonde rwa Toptens.com nubwo ibikubiye kuri uru tonde atari ihame kuko nawe ushobora […]

U Rwanda, U Bushinwa, u Burusiya muri raporo ibishinja gutoteza abanyagihugu bari hanze

Raporo nshya itangaje yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 04 Gashyantare, yashyize u Rwanda mu kebo k’ibihugu by’ibihangange nka Arabia Saoudite, u Bushinwa n’u Burusiya ibishinja kuvangira ibihugu biteye imbere muri demokarasi, harimo na Canada, bijya gutoteza, gutera ubwoba no guhohotera abaturage babyo baba mu mahanga. Ni ibirego u Rwanda rutahwemye guhakana rwemeza ko abakwiza aya […]

Israel: Havumbuwe umuti wiswe EXO-CD24 ushobora kuvura Covid-19

Mu gihugu cya Israel hageragerejwe umuti wa Covid-19 mu igerageza ryagenze neza ku barwayi bagera kuri 30 bari barembye cyane. Uyu muti wiswe EXO-CD24, wabanje kugeragerezwa ku bantu benshi mu cyiciro cya mbere. Ni umuti wakorewe muri laboratwari ya Prof. Nadir Arber, mu Kigo cy’ubuvuzi cya Tel Aviv kitwa Soroka Medical Center, ugenewe kuvura abantu […]

Uganda: Urukiko rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umupasiteri ushinjwa ubutekamutwe

Umucamanza wo mu rukiko rw’ibanze rwa Buganda mu gihugu cya Uganda, Gladys Kamasanyu yasohoye impapuro zo guta muri yombi Pasiteri Franklin Mondo Mugisha (uri ku ifoto), ushinjwa guteka imitwe ngo abone amafranga no kugambanira guhuguza intama ze. Impapuro zo kumuta muri yombi zasohotse nyuma y’aho Mugisha yangiye kwitaba kenshi ngo abazwe ku byo ashinjwa yifashishije […]

Sept Rwandais détenus en Ouganda extradés vers le Rwanda

ugandan-detainees.jpg

Sept Rwandais dĂ©tenus en Ouganda ont Ă©tĂ© extradĂ©s vers le Rwanda via le poste frontière de Kagitumba. Le groupe comprend six adultes et un enfant arrivĂ©s au Rwanda mercredi et remis aux autoritĂ©s rwandaises de l’immigration. Les Rwandais extradĂ©s semblaient fatiguĂ©s, l’un d’entre eux Ă©tant reconnu comme Ngoga Nzamukosha Diane incapable de marcher ou de […]

Indege 10 za mbere zitagira abapilote (drones) ziteye ubwoba

xq-58a_valkyrie.jpg

Ibihugu byinshi byakoresheje ubwoko bumwe cyangwa ubundi bw’indege zitagira abapilote (UAV: unmanned aerial vehicles) zizwi nka drones mu kugenzura no gutumanaho, kandi ibitari bike bikoresha indege zitagira abadereva mu kurwana. Haba mu gukoresha za misile, ibisasu biyobowe na lazeri (lazer), byinshi mu bikorwa bya gisirikare byo mu mu kirere by’iki gihe bishobora gukorwa za za […]

Akaga abana bavutse ku bakoloni b’Ababiligi banyuzemo bitwa abana ba sekibi

save-2.jpg

Bamwe mu bana bavutse ku bazungu bakoreraga ubukoloni muri Repubuika iharanira Demokarasi ya Congo, mu Rwanda no mu Burundi, nyuma y’imyaka mirongo, bakomeje urugamba rwo gusaba Leta y’u Bubiligi kwemerwa no guhabwa impozamarira kubera ibibi bakorewe nko kwamburwa imiryango yabo no kubashyira mu kato babita abana b’icyaha no kubwirwa ko abana bavanze (bakomoka ku birabura […]

RDC: Hatowe Perezida mushya w’Inteko Ishinga Amategeko witandukanyije na Kabila

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, umutwe w’abadepite, kuri uyu wa Gatatu yabonye perezida mushya, Christophe Mboso, wegereye Perezida Felix Tshisekedi, nyuma y’ibyumweru bitatu uwari usanzweho, Jeannine Mabunda, yegujwe. Mu majwi 466, Mboso yatorewe kuyobora Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite ku majwi 389 nk’uko byatangajwe na AFP. Mboso w’imyaka 79, wari umukandida […]

Perezida wa Diaspora Nyarwanda ku rwego rw’Isi ari gukorwaho iperereza na RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwahamagaje Perezida wa Diaspora Nyarwanda witwa Daniel Murenzi uvugwaho gukoresha nabi umutungo wa Diaspora ubarirwa muri miliyari 2 z’Amanyarwanda. Aya makuru yemejwe n’umuvugizi wa RIB Dr Thierr Murangira avuga ko Murenzi yitabye uru rwego mu bihe bitandukanye agahatwa ibibazo. Yasobanuye ko yahamagajwe nyuma y’aho aba Banyarwanda baba hanze y’igihugu bamuhaye amafaranga bamushinje […]

Ibihugu 10 bya mbere bifite igisirikare gikaze muri Afurika ikoresha Igifaransa

egypt.jpg

Nk’uko byari bimeze mu mwaka ushize, igihugu cya Misiri, kinakoresha Igifaransa, kiracyaza imbere ku mugabane wa Afurika mu kugira igisirikare gikomeye n’abasirikare bose hamwe 930,000, barimo abari mu kazi 450,000. Gifite indege z’intambara zigera ku 1053, ibimodoka bya burende 11,000 n’ingengo y’imari ya miliyari 10 z’Amadolari. Igihugu cya Algeria nicyo gikurikiraho mu bihugu byo muri […]

RDC: Perezida wa Senat aragerwa amajanja n’Umushinjacyaha Mukuru

Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangiye gukurikirana Perezida Senat, Alexis Thambwe Mwamba, ukekwaho kunyereza umutungo w’igihugu. Ifungurwa ry’iyi dosiye ryasobanuwe kuri uyu wa Kabiri havugwa ko ku itariki ya 06 Mutarama 2021, Thambwe yasohoye mu izina rya Senat sheki 3, imwe ya miliyoni 2 z’Amayero, indi ya miliyoni y’Amadolari n’indi ya miliyoni […]

Myanmar: Abadepite bose bafungiwe ahantu hamwe nyuma yo guhirika ubutegetsi

Amagana y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Myanmar bafungiwe mu kigo cyo mu murwa mukuru kuri uyu wa Kabiri nyuma y’umunsi umwe igisirikare gihiritse ubutegetsi kigafunga abanyapolitiki bakuru barimo perezida w’iki gihugu, Aung San Suu Kyi. Umwe mu badepite bavuganye n’Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, avuga ko we na bagenzi be bagera kuri 400 babashije kuvugana […]

Zimbabwe: Umunyemari wabaye umudepite wari ufite abagore 12 n’abana 79 yishwe na Covid-19

Umunyapolitiki wo muri Zimbabwe, Luke Phibion Masamvu, wahoze ari umudepite uhagarariye Mutasa-North mu nteko, yapfuye ku myaka 62 y’amavuko azize Covid-19, ku itariki 30 Mutarama, asiga abagore be 12 n’abana 79. Luke Phibion yari umunyemari n’umunyapolitiki uzwi cyane mu Ntara ya Marondera, Bindura na Manicaland. Umuvugizi w’uyu muryango, akaba ari n’umuvandimwe wa nyakwigendera, John Masamvu, […]

Umuntu wa mbere wanduye Sida yaba ari umusirikare wari mu Ntambara ya 1 y’Isi

Umuntu wa mbere ku Isi wanduye agakoko ka VIH gatera Sida yaba ari umusirikare w’Umufaransa wayanduye mu Ntambara ya Mbere y’Isi yose ayanduriye muri Cameroun nk’uko byashyizwe ahagaragara n’impuguke mu ndwara zandura n’ibyorezo wo muri Canada Dr Jacques PĂ©pin. Aya ni amakuru mashya yazanye yatangaje mu gitabo cye yise “Aux Origines du Sida”, aho yemeza […]

Uganda: Umuyobozi w’Akarere arashinjwa gushaka gufata ku ngufu umunyeshuri muri KIU

Igipolisi cya Mbarara muri Uganda cyahamagaje Umuyobozi w’Akarere ka Isingiro, Jeremiah Kamurari ushinjwa kugerageza gufata ku ngufu umunyeshuri wiga muri Kaminuza Mpuzamahanga ya Kampala (KIU) washakaga ko amusinyira. Kamurari avugwaho kuba yarashutse uyu mukobwa w’imyaka 21 witwa Patricia Katushabe bagahurira muri Lodge akagerageza kumufata ku ngufu mbere y’uko abasha kumucika. Umuvugizi w’igipolisi muri iki gice, […]

Le Rwanda rejette 49 recommandations de l’EPU

Le Rwanda n’appuiera pas 49 des 160 recommandations formulĂ©es par le Conseil des droits de l’homme des Nations Unies qui seront mises en Ĺ“uvre au cours des cinq prochaines annĂ©es, a dĂ©clarĂ© Providence Umurungi, chef du DĂ©partement de la justice internationale et de la coopĂ©ration judiciaire du ministère de la Justice. C’est la troisième fois […]

Bamwe mu bagabo bakize Covid-19 barataka kubura ubushake bwo gutera akabariro

Icyorezo cya Covid-19 gikomeje guhangayikisha Isi n’abantu mu buryo butandukanye, aho kuri ubu nyuma yo kugikira, bamwe mu bagabo bakirwaye bavuga ko nyuma yo gukira basigaranye ikibazo cyo kubura ubushake bwo gutera akabariro. Dr Frank Serebour, visi perezida w’ishyirahamwe ry’abaganga bo muri Ghana (GMA) avuga ko abagabo bamwe bagiye bagaragaza ibibazo byo kubura ubushake bwo […]

Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto

88273820_154769329358338_3247159938818146811_n.jpg

Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika w’umukobwa ufite inkomoko muri Guinea witwa Cire Traore akomeje kubica ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane nka Instagram kubera imiterere ye ikurura igitsinagabo n’amafoto yifotoza ashyiraho, aho akenshi aba yambaye utwenda two kogana. Ihere amaso amafoto ye Ni umwe mu bari barinze umutekano kuri Capitol ubwo Joe Biden yarahiraga

Umukwe wa Donald Trump, Jared Kushner, mu bahatanira Igihembo cy’Amahoro cya Nobel

_114389996_gettyimages-1228529873.jpg

Jared Kushner, umukwe wa Donald Trump, wari n’umujyanama we, ndetse n’uwari umwungirije kuri iki Cyumweru bashyizwe ku rutonde rw’abantu bahatanira igihembo cy’Amahoro cyitiriwe Nobel kubera ingufu bashyize mu gutuma Israel yubura umubano wari warakonje hagati yayo n’ibihugu by’Abarabu mu karere birimo nka UAE n’ibindi. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters byatangaje ko Kushner na Avi Berkowitz, wari […]

Ndi Umwirabura kandi nterwa ishema n’uko ndiwe – Marcus Rashford nyuma yo kwibasirwa

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United, Marcus Rashford aravuga ko yishimira kuba ari umwirabura kandi nta muntu wagira icyo akora ngo bitume yumva atandukanye, nyuma yo kwibasirwa yohererezwa ubutumwa bw’ivangurahu kuri uyu wa gatandatu ushize. Uyu mukinnyi w’imyaka 22 yakiriye ubutumwa butandukanye kuri instagram bumwibasira kubera ko ari umwirabura kuwa gatandatu nyuma y’umukino wahuje Man. U […]

Covid-19: Abaturage nta jambo, sosiyete sivile ku ruhande mu byemezo bifatwa – Video

Muri iki gihe icyorezo cya Covid-19 gikomeje kugaragara hirya no hino mu gihugu, ari nako hagenda hafatwa ingamba zitandukanye zigamije gukumira ikwirakwira ryacyo, hari abasanga muri uko gufata ingamba rimwe na rimwe umuturage adahabwa ijambo, Sosiyete sivile nayo yarashyizwe ku ruhande nk’uko abasesenguzi babigaragaza mu kiganiro Isanzure cya Bwiza TV cyo kuri uyu wa 31 […]

RDC: Amabandi yitwaje imbunda ayogoje Umujyi wa Bukavu yishe abantu bane

Ku mugoroba wo kuwa Gatandatu ushize, itariki 30 Mutarama, abantu bane, barimo umugore n’umwana we, bishwe n’ibisambo byitwaje intwaro mu Mujyi wa Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo. Abantu batatu biciwe mu gace ka Camp RĂ©gie muri Komini ya Ibanda, naho undi yicirwa mu gace ka Kasali, muri Komini ya Kadutu. Umuyobozi w’aka gace ka Camp RĂ©gie, […]

Umuraperi 50 Cent aravuga ko yiteguye guha isomo Umuteramakofe Mayweather muri ring

gettyimages-74076719.jpg

Umuraperi 50 Cent wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yiyemeje kugaragaza ko atari umuhanga mu kurapa gusa asezeranya ko ashaka no kwerekana ubuhanga bwe gutera amakofe kandi akabugaragariza ku gihangange Floyd Mayweather bigeze kuba inshuti magara ariko hakaba hashize iminsi badacana uwaka. Ibi Curtis Jackson nk’uko amazina ye nyakuri ari, yabitangaje mu kiganiro The […]

Ubutwari mu Banyarwanda, Agaciro kacu – Insanganyamatsiko y’Umunsi w’Intwari wizihizwa bidasanzwe

nyangeheroes.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 01 Gashyantare 2021, Abanyarwanda barizihiza Umunsi w’Intwari, igikorwa ngarukamwaka gitegurwa hagamijwe guha icyubahiro abantu babaye intangarugero baranzwe n’indangagaciro zo ku rwego rwo hejuru zo gukunda igihugu kugeza n’aho bakitangira ku nyungu z’ababo n’abazakivukiramo bose. Kuri iyi nshuro ariko uyu munsi ukaba wizihizwa kuri internet bitewe n’ibihe bidasanzwe igihugu kirimo […]