Guverinoma ya Danemark yemeye kwakira izindi mpunzi zizava mu Rwanda
Guverinoma ya Danemark yatangaje ko izakira impunzi 200 zivuye mu Rwanda muri gahunda yo kwimura abantu. Ariko, umuryango ukomeje gufungwa cyane ku basaba ubuhungiro muri iki gihugu. Minisitiri ushinzwe abinjira n’abasohoka mu gihugu, Kaare Dybvad Bek (uri ku ifoto), yabitangaje mu cyumweru gishize avuga ko hazibandwa cyane ku kwimura abagore n’abana. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, […]
Le procès de Félicien Kabuga débutera le 29 septembre à La Haye
FĂ©licien Kabuga, le “financier” prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsi au Rwanda en 1994, sera jugĂ© Ă partir du 29 septembre Ă La Haye oĂą il devra faire face Ă des accusations de gĂ©nocide et de crimes contre l’humanitĂ©, a annoncĂ© jeudi un juge des Nations unies. “La Chambre ordonne le procès dans sa branche […]
La Haye: Kabuga Felicien azatangira kuburana mu mizi mu mpera za Nzeri
FĂ©licien Kabuga, uvugwaho kuba ari we muterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, azatangira kuburanishwa mu mizi mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha i La Haye mu mpera za Nzeri, aho ashinjwa ibyaha bya jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kanama, umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, yavuze ko FĂ©licien Kabuga, wafashwe nk ‘”umuterankunga” […]
MONUSCO yafunze ibirindiro byayo mu Mujyi wa Butembo
Imbere y’itangazamakuru i Butembo, kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kanama 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima, yatangaje ku mugaragaro ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) zivuye mu Mujyi wa Butembo uherutse kuberamo imyigaragambyo ikaze isaba izi ngabo kuva muri repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ati: “Ku bijyanye no kugenda kwa […]
RDC: Umunyamakuru yarafashwe afungwa azira ikiganiro ku Rwanda n’imyigaragambyo
Komite ishinzwe Kurengera Abanyamakuru (CPJ), Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika ufite icyicaro i New York uravuga ko abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bagomba guhagarika gutera ubwoba abanyamakuru bakora ku makimbirane yo mu burasirazuba bw’igihugu kandi bakemerera abanyamakuru gutangaza mu bwisanzure ibintu bifitiye rubanda akamaro. Ku wa Gatanu, itariki ya 12 Kanama, abapolisi bataye […]
Kabul: Igisasu cyaturikiye mu musigiti mu gihe cy’amasengesho gihitana abantu 21 abandi barakomereka
Igisasu cyaturikiye mu musigiti w’i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistan mu gihe cy’amasengesho ya nimugoroba kuri uyu wa Gatatu ushize cyahitanye abantu 21, nk’uko Polisi ya Kabul yabitangaje kuri uyu wa Kane. Umuvugizi wa polisi, Khalid Zadran, yatangaje ko abandi bantu 33 bakomerekeye muri icyo gitero. Abatangabuhamya bari babwiye Reuters ko guturika guhambaye kumvikanye […]
Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) mu ya mbere yitwaye neza munsi y’Ubutayu bwa Sahara
Amasoko y’imari n’imigabane y’u Rwanda na Tanzania yaje muri atandatu ya mbere muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara yitwaye neza muri ibi bibazo by’ubukungu byugarije Isi n’umuyaga w’ubukungu kugira ngo agarure neza abanyamigabane. Raporo ya buri gihembwe y’isoko yakozwe n’abasesenguzi ba AfricanFinancials Group, yerekana ko Isoko ry’imigabane ry’u Rwanda (RSE) n’irya Tanzania, Dar es […]
Inyandiko z’ibanga zivuga ku Rwanda zishobora kuburizamo umugambi w’u Bwongereza
Guverinoma y’u Bwongereza yabonye intsinzi igice kimwe mu ntambara yo mu rukiko kugira ngo ikomeze kugira ibanga ibice bimwe by’inyandiko ebyiri ku bivugwa ko u Rwanda rwaba rukoresha “iyicarubozo ndetse n’ubwicanyi” mbere y’umwanzuro utegerejwe mu kwezi gutaha kuri politiki itavugwaho rumwe y’u Bwongereza yo kohereza abahasaba ubuhungiro mu Rwanda. Kuri uyu wa Gatatu, umucamanza w’Urukiko […]
Taiwan yamuritse indege zayo nshya z’indwanyi ziteye imbere zo mu bwoko bwa F-16V

Taiwan yashyize ahagaragara indege y’intambara iteye imbere cyane yo mu bwoko bwa F-16V igendana misile, mu myiyereko idasanzwe ya nijoro ykozwe nyuma y’imyitozo ya gisirikare y’u Bushinwa itarigeze ibaho mu nkengero z’iki kirwa. Muri uku kwezi Ingabo z’u Bushinwa zakoze imyitozo mu kirere no mu nyanja mu muhora wa Taiwan nyuma y’uruzinduko rwa Perezida w’Inteko […]
Rutsiro: Un enseignant recherchĂ© pour profanation d’enfant
Un enseignant de trente ans travaillant Ă l’Ă©cole primaire de Gahondo dans le secteur de Kivumu du district de Rutsiro, dans la province de l’Ouest, est recherchĂ© pour avoir prĂ©tendument profanĂ© un enfant de son quartier. Patrick Muhizi Munyamahoro, le secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur de Kivumu, a dĂ©clarĂ© Ă Kigali Today que l’enseignant s’Ă©tait Ă©chappĂ© […]
Trump yaba afite ikibazo cyo kubona abamwunganira kuko abo agezeho bari kumutera utwatsi
Amakuru yatangajwe na Washington Post, aravuga ko uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, afite ikibazo cyo kubona umunyamategeko mwiza wo kumwunganira. Iki kinyamakuru kivuga ko yavuganye n’abavoka benshi batanze ibisobanuro ariko batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuga ko Trump ari mu rugamba rwo gushaka abamwunganira bamenyereye akazi ariko abo yagezeho […]
Misiri: Umucamanza yakatiwe igihano cy’urupfu azira ubwicanyi
Kuri uyu wa Kabiri ushize, itarki 16 Kanama, urukiko rwo mu Misiri rwakatiye umucamanza igihano cyurupfu azira kwica umugore we, nk’uko ubucamanza bwabitangaje mu rubanza rwa gatatu rukomeye rw’iyicwa ry’abagore muri iki gihugu mu mezi abiri. Urukiko mpanabyaha rwemeje “kohereza umucamanza wishe umunyamakurukazi kuri televiziyo witwa Shaimaa Gamal na mugenzi we bafatanyije icyaha, kuri Mufti […]
U Burusiya bwamuritse kajugujugu itagira umudereva ishobora kumara amasaha 7 mu kirere

Ikigo cyo mu Burusiya gikora kajugujugu, Russian Helicopters Company, kikaba ari ishami ry’ikigo cya leta, Rostec Corporation,cyamuritse kajugujugu itagira umudereva yiswe “Bas-750” mu imurikagurisha mpuzamahanga rya munani ry’ibikoresho bya gisirikare ryo muri uyu mwaka wa 2022 rizwi nka “International Military-Technical Forum (Army 2022) exhibition”. N’itumanaho rishobora kugera mu birometero 150, Bas-750 ishobora kwikorera ibiro bigera […]
Malawi: Umunyarwanda yaciwe 100,000 y’amande cyangwa agahitamo gufungwa amezi 9
Umusore w’imyaka 26 w’Umunyarwanda wagurishaga ikiyobyabwenge cy’urumogi mu mpunzi bagenzi be mu Nkambi y’Impunzi ya Dzaleka i Dowa yategetswe gutanga ihazabu y’amafaranga 100.000 ya Malawi cyangwa bitabaye ibyo agafungwa amezi 9 anakoreshwa imirimo y’agahato. Umushinjacyaha wa polisi, Sgt Joseph Banda, yabwiye urukiko ko uwahamwe n’icyaha, Isaac Byamungu, yatawe muri yombi ku ya 2 Kanama 2022 […]
Nyuma yo kuvuga ko ashaka kugura Man. United, umuherwe Elon Musk yaje kwisubira
Nyuma y’amasaha make yohereje ubutumwa kuri internet bwashyize abantu mu gihirahiro yerekana ko agiye kugura ikipe y’umupira w’amaguru ya Manchester United yo mu Bwongereza, umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk,yaje kwandika ubundi avuga ko: Byose byari urwenya. Kuri uyu wa Kabiri ushize, nibwo Elon Musk yanditse ati: “Kandi, ndagura Manchester United murakoze gushima “, […]
Kigali: Abantu bakekwaho uruhare mu kwiba mudasobwa mu mahoteli batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda yagaruje mudasobwa ebyiri ziherutse kwibwa banwe mu bari bitabiriye inama zabereye muri Convention Center na Marriot Hotel, hafatwa abantu bane bacyekwaho kugira uruhare muri ubwo bujura. Abafashwe ni uwitwa Munyaneza Eddie Bertin ukurikiranyweho kuba yaritwaraga nk’umwe mu batumirwa akinjira ahabera inama azanywe no kwiba ziriya mudasobwa, aho iya mbere yayibye muri Convention […]
Igikomangoma Mohammed bin Salman cyagaragaye gikora amasuku kuri Kaaba

Igikomangoma cy’ikamba cya Arabiya Sawudite, Mohammed bin Salman, cyagaragaye gikora isuku kuri Kaaba, mu musigiti mukuru wa Macca mu izina rya se, Umwami Salman nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri n’ibinyamakuru byo muri ubu bwami. Kaaba, nanone bita Ka’bah cyangwa Kabah, rimwe na rimwe bakakita al-Ka?bah al-Musharrafah, ni inyubako iri hagati mu musigiti ukomeye kurusha […]
E.U irateganya gushora amafaranga mu butumwa bwa SADC n’u Rwanda muri Mozambique
Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (E.U) urateganya kongera inshuro eshanu inkunga y’amafaranga mu butumwa bwa gisirikare bwa Afurika muri Mozambike, nk’uko inyandiko y’imbere muri E.U yabonwe na Reuters ibyerekana, mu gihe ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu bibangamiye imishinga ya gaz Abanyaburayi bitezeho kuzabafasha kugabanya kwiringira gaz y’u Burusiya. Ikibazo cy’ingufu cyatewe n’intambara yo muri Ukraine cyongereye imbaraga […]
Patrick Chukwuma “Kaduna” Nzeogwu wayoboye coup d’etat ya mbere ya gisirikare muri Nigeria yari muntu ki?
Patrick Chukwuma “Kaduna” Nzeogwu wavutse ku itariki ya 26 Gahyantare 1937 agapfa ku itariki ya 29 Nyakanga 1967, yari umusirikare w’Umunyanijeriya n’impirimbanyi y’impinduramatwara wayoboye coup d’etat ya mbere ya gisirikare yahiritse Repubulika ya Mbere y’iki gihugu. Patrick Chukwuma Nzeogwu yavukiye i Kaduna mu majyaruguru ya Nigeria ku babyeyi bo mu bwoko bwa Anioma mu mujyi […]
Ruto yavuze ibyo yemeranyije na Odinga mbere y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora
Perezida watowe wa Kenya, William Ruto, yavuze ko yavuganye na mukeba we Raila Odinga mbere yuko ibyavuye mu matora yo ku ya 9 Kanama bitangazwa, yongeraho ko ataravugana na Perezida Uhuru Kenyatta ku iterambere rya politiki ariko ategereje ko bizaba vuba. Ati: “Nzi neza ko hazabaho ikiganiro. Ndi Perezida watowe kandi hazabaho inzibacyuho kandi nzi […]
Un jeune Rwandais devient viral sur Douyin, version chinoise de TikTok

Le jeune rwandais, Pacifique Izabayo, est devenu un hit sur Douyin, la version chinoise de TikTok, pour avoir chantĂ© des chansons chinoises tout en montrant la vie rurale rwandaise. Izabayo, communĂ©ment appelĂ© “Bobo”, a commencĂ© Ă rĂ©aliser de courtes vidĂ©os en 2019 sur l’application chinoise de partage de vidĂ©os Kuaishou. Depuis l’annĂ©e dernière, il a […]
RDC: Depite Kabund wemerewe gufungirwa iwe mu cyumweru gishize aracyari muri Gereza Nkuru ya Makala
Depite Jean-Marc Kabund byari byemejwe ko afungirwa iwe mu rugo, kuva ku wa Gatanu, itariki ya 12 Kanama 2022, aracyabarizwa muri Gereza Nkuru ya Makala, I Kinshasa aho yaraye ijoro rye rya kane kuri uyu wa Mbere, nk’uko umwunganizi we, Me Ghislain Mwanji, akaba n’umuvugizi w’ishyaka Alliance pour le changement ry’uyu mudepite, abitangaza. Ati: “Kuri […]
Rutsiro: Umwarimu ushinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13 ari guhigwa bukware
Mu Murenge wa Kivumu, mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba haravugwa umwarimu w’imyaka 30 ukekwaho gusambanya umwana w’umuturanyi w’imyaka 13 kuri ubu akaba arimo gushakishwa n’inzego zibishinzwe nyuma yo gutoroka. Icyaha uyu mwarimu akekwaho ngo cyakozwe kuwa Gatandatu ushize ubwo iwabo w’uyu mwana bamutumaga mu rugo rw’uyu mwarimu usanzwe ufite umugore n’abana batatu bivugwa […]
Bimwe mu byiza byo kunywa ikawa ku buzima bw’umuntu
Ibyiza byo kunywa ikawa ku buzima ni byinshi kuva ku kugabanya ibyago byo kurwara indwara y’ubwonko, iz’umutima ndetse no guta ibiro ariko bimaze kugaragara ko Abanyafurika benshi batabyitaho bakumva ikwa ari iy’abazungu gusa. Dore bimwe mu byiza byo kunywa ikawa ku buzima bwawe nk’uko tubikesha singlecare.com 1. Yongera imbaraga ikaba yanakongera ubushobozi bw’imitekerereze Ikawa ikungahaye […]
U Bushinwa bwatangaje indi myitozo ya gisirikare hafi ya Taiwan mu gusubiza urundi ruzinduko rw’abadepite b’Abanyamerika
Kuri uyu wa Mbere, u Bushinwa bwatangaje indi myitozo ya gisirikare mu nkengero za Taiwan mu gihe perezida w’icyo kirwa yahuye n’abagize intumwa nshya z’inteko ishinga amategeko ya Amerika, mu kindi kimenyetso cyerekana ko abadepite b’Abanyamerika bashyigikiye ikirwa cyigenga u Bushinwa bufata nk’intara yabwo. Ibitangazamakuru byo muri Taiwan byerekanye izo ntumwa zigera ku kirwa mu […]
Imitwe y’iterabwoba yigaragaje kurusha iyindi mu bwicanyi mu mwaka ushize

Mu myaka icumi ishize hagaragaye ibikorwa byinshi by’iterabwoba bitabayeho mu myaka mirongo itanu ishize. Igitero cyahitanye abantu benshi mu 2021 cyabaye igihe umwiyahuzi wa Leta ya Kisilamu (IS) yaturikirizaga ibisasu bibiri ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kabul muri Afghanistan, agahitana abantu 170 abandi barenga 200 bagakomereka. Imitwe y’iterabwoba yahitanye abantu benshi mu 2021 ni Leta […]
Imodoka z’agaciro, inzu, abarinzi, bimwe mu byo Perezida Kenyatta azaba yemerewe nyuma yo kuva ku butegetsi
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, ugiye kuva ku mirimo ye nyuma ya manda ebyiri yemerewe n’itegeko nshinga, azabona inyungu nyinshi z’izabukuru, zirimo amamodoka meza, ibiro bye bwite byuzuyemo ibikoresho ndetse n’abakozi benshi mu mpera z’uyu mwaka. Nyuma ya manda ebyiri z’imyaka itanu itanu nka perezida wa kane wa Kenya, Uhuru Kenyatta azashyikiriza umusimbura ibirango by’ubutegetsi […]
Rusizi: Hafashwe amabaro 13 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu karere ka Rusizi, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 13 Kanama, ryafashe abantu babiri bari binjije mu gihugu magendu y’imyenda ya caguwa ivuye mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Abafashwe ni uwitwa Nizeyimana Amran, ufite imyaka 52 y’amavuko, wafatiwe mu mudugudu wa […]
Gen. Elly Tumwine urwariye i Nairobi hagati y’urupfu n’ubuzima
Uwahoze ari Minisitiri w’umutekano, Gen Elly Tumwine w’imyaka 68, kuri iki Cyumweru yari hagati y’urupfu n’ubuzima mu bitaro bya Aga Khan i Nairobi, muri Kenya, aho yajyanywe mu ndege arembye cyane ku wa Kabiri ushize. Amakuru aturuka begereye uyu mujenerali y’inyenyeri enye, umwe mu bakoze amateka akomeye mu buyobozi bw’ingabo z’igihugu cya Uganda (UPDF), avuga […]
Bwa mbere mu mateka ya Kenya ufite ubumuga bw’uruhu yatorewe kuba umudepite
Abanyakenya kugeza ubu ntibaramenya izina ry’umukuru w’igihugu cyabo, ariko umubare munini w’abadepite batowe mu nzego z’ibanze umaze gutangazwa kuva amatora yo ku ya 9 Kanama yaba. Mu burengerazuba, hari intsinzi yamamaye cyane: iya Martin Wanyonyi, watorewe kuba depite mu karere ka Webuye y’Iburasirazuba. Abaye rero umudepite wa mbere watowe ufite ubumuga bw’uruhu buzwi nka albinism. […]
Cibitoke: Abaturage bashinje abayobozi gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda imbere ya guverineri
Abatuye muri Komini ya Mabayi mu Ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi) bashinje abayobozi, ingabo z’igihugu, abashinzwe umutekano ndetse n’abacuruzi gukorana n’umutwe w’inyeshyamba z’Abanyarwanda wa FLN (National Liberation Front). Izi nyeshyamba bivugwa ko zifite ibirindiro mu ishyamba cyimeza rya Kibira hafi y’amakomine ya Mabayi na Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke. Abaturage batanze ibyo […]
RBC lance un appel critique pour les dons de sang de type O
Les autoritĂ©s sanitaires ont tirĂ© la sonnette d’alarme après que les dons de sang de groupe O ont rĂ©cemment diminuĂ©, une situation qui, selon elles, pourrait conduire Ă une “crise” dans les prochains jours. Le Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC) collecte 300 sachets de sang par jour et les hĂ´pitaux utilisent plus de 900 unitĂ©s […]
Misiri: Inkongi y’umuriro mu kiliziya yahitanye byibuze Abakirisitu 41 abandi barakomereka
Itorero rya Coptic ryo mu Misiri, rishingiye ku mibare yatanzwe na minisiteri y’ubuzima, ryatangaje ko abantu 41 bishwe abandi 55 bagakomereka mu nkongi y’umuriro yibasiye kiliziya yo mu Mujyi wa Giza, hafi ya Cairo. Minisiteri y’ubuzima mu Misiri yari yabanje kuvuga ko abantu “benshi” bapfiriye kuri iki Cyumweru mu kiliziya cy’iri torero giherereye ahitwa Abu […]
Burundi: Imyaka ibaye hafi 20 abishe Abanyamulenge mu Gatumba batarahanwa
Umuryango w’Abanyamulenge baba mu gihugu cy’u Burundi, “SHIKAMA”, urasaba uruhare rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’Umuryango Mpuzamahanga kugira ngo abagize uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abanyamulenge mu Gatumba i Burundi bashyikirizwe ubutabera. Ubu butumwa bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 13 Kanama 2022, na perezida w’Umuryango w’Abanyamulenge Jean Schohier Muhamiriza mu muhango wo […]
Ikindi gihugu muri Karayibe kirateganya kudakomeza kuyoborwa n’Umwamikazi Elisabeth II
Ikindi gihugu cyo muri Karayibe kirimo gutekereza kwigobotora Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza nk’umuyobozi wacyo nyuma y’igihugu cya Barbados cyabigezeho mu mwaka ushize. Minisitiri w’Intebe wa St. Vincent and the Grenadines, Dr. Ralph Gonsalves, yasabye ko habaho referendumu y’ingingo imwe ibaza abaturage niba umwamikazi agomba gukomeza kuba umukuru w’igihugu mu nteko ishinga amategeko cyangwa hagashyirwaho […]
Uwari ugiye gukorera abantu batatu ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga yatawe muri yombi
Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 12 Kanama, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gutanga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryafashe uwitwa Mayisha Shadrackk w’imyaka 40 y’amavuko, ukurikiranyweho gushaka gukorera abantu batatu, ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rukorerwa kuri mudasobwa ku Muhima mu karere ka Nyarugenge. Uyu Mayisha watawe muri yombi, akaba yari asanzwe ari umwarimu mu […]
Salman Rushidie wanditse igitabo kitishimiwe n’Abayisilamu yakuwe ku cyuma kimuha umwuka nyuma yo kurusimbuka
Umwanditsi Salman Rushdie yakuwe ku cyuma kimwongerera umwuka kandi ubu ashobora kuvuga, nyuma y’umunsi umwe uyu mwanditsi w’ibitabo uzwi cyane atewe icyuma ubwo yiteguraga gutanga ikiganiro i New York. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Rushdie, ufite imyaka 75, yagumye mu bitaro afite ibikomere bikomeye, ariko umwanditsi mugenzi we Aatish Taseer yanditse ku rubuga rwa twitter […]
Abanya-Israel benshi bakomerekeye mu gitero cyagabwe kuri bus i Yeruzalemu

Abaganga n’abapolisi ba Israel baravuga ko umuntu witwaje imbunda yarashe agakomeretsa abantu umunani mu gitero kuri bus bari barimo hafi y’Umujyi wa Yeruzalemu ya Kera, babiri muri bo bakaba bakomeretse bikomeye. Iki gitero cyabaye mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, ubwo bus yari itwaye Abanya-Israel yari itegereje muri parikingi hafi y’urukuta rw’iburengerazuba, ahantu hera Abayahudi […]
U Budage bwahagaritse ibikorwa by’ingenzi bya gisirikare muri Mali
U Budage bwafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’ingenzi bya gisirikare muri Mali mu rwego rw’ubutumwa bwa Loni muri iki gihugu cyo muri Afurika y’iburengerazuba. Berlin yavuze ko “Icyemezo cyafashwe” kugeza igihe hazatangwa amabwiriza mashya. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 12 Kanama 2022 Mali yangiye indege z’abasirikare b’amahanga gukoresha ikirere cya Mali, […]
Burundi: Bijejwe kujyanwa gushaka akazi mu Rwanda bisanga mu rukiko bashinjwa gushaka kujya mu nyeshyamba
Abantu barindwi bo muri komini ya Busoni mu ntara ya Kirundo (mu majyaruguru y’u Burundi) bakatiwe igifungo cy’imyaka 15 bazira gushaka kujya mu mitwe yitwaje intwaro nyuma yo gufatwa ngo bashaka kwinjira mu Rwanda rwihishwa, ariko abakatiwe bavuga ko bazajurira kuko batemera icyaha bahamijwe. Amakuru aturuka mu nzego z’ibanze yemeza ko umuyobozi w’ishyaka rya CNL […]
Abarimu ba gisirikare 90 ba FARDC basoje amasomo ya gikomando bamazemo amezi 3
Kuri uyu wa Kane, itariki 11 Kanama abarimu ba gisirikare 90 mu Gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo basoje amahugurwa ya gikomando bahabwaga i Kindu muri Maniema. Ni amahugurwa bari bamaze amezi atatu bahabwa n’abarimu ba gisirikare b’Ababiligi ku mayeri ya gikomando arimo no kurwanisha amaboko gusa (les combats sans armes), ku butabazi bw’ibanze […]
La banque centrale augmente le taux de prĂŞt pour maĂ®triser l’inflation
La Banque nationale du Rwanda (BNR) a augmentĂ© le taux directeur de 5% Ă 6% dans le but d’endiguer la montĂ©e des pressions inflationnistes, tout en prĂ©servant le pouvoir d’achat des consommateurs. Le taux directeur des prises en pension est la commission Ă laquelle la banque centrale prĂŞte aux banques commerciales. Plus le taux est […]
Rubavu: Abaturage barembejwe n’abajura b’amatungo bayiba bakayabagira ku gasozi
Ubujura bw’amatungo magufi n’amaremare yinganjemo inka n’ingurube, yibwa akabagirwa ku gasozi bukomeje kuvuza ubuhuha mu Murenge wa Rugerero, mu Karere ka Rubavu, aho ubuyobozi bwemeza ko bugiye kurushaho gukaza uburinzi. Aba baturage bo muri uyu murenge baravuga ko abiba amatungo magufi n’amaremare yiganjemo inka n’ingurube bamara kuyiba bakayabagira ku gasozi bakahasiga ibihanga. Umwe mu baturage […]
Nyuma yo kwibikaho indege ye bwite, Diamond arateganya no gutunga sosiyete y’indege
Diamond Platnumz amaze igihe agaragaje ko afite gahunda yo kugura indege ye bwite, none nyuma yo kubigeraho arashaka no gutunga sosiyete y’indege. Gahunda yo kugura indege ye bwite yashyizwe ahagaragara hagati muri 2021. Muri kiriya gihe, manager we, Sallam SK, yahatiwe kwemeza ko koko uyu muhanzi umaze kuba icyamamare ku Isi afite gahunda yo kugura […]
Ituri: Abashinwa babiri bishwe n’inyeshyamba mu gitero mu kirombe bacukuramo zahabu
Abashinwa babiri biciwe mu gitero cy’inyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize mu kirombe bacukuramo amabuye y’agaciro giherereye muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri. Inyeshyamba bivugwa ko ari izo mu mutwe wa CODECO zagabye igitero mu kirombe cyo mu mudugudu wa Bwanga, mu Murenge wa Banyali-Kilo […]
Uwari wateguye igitaramo cya Kizz Daniel muri Tanzaniya yemeye ko yamubeshyeye ku mpamvu ataririmbye
Umugabo witwa Steven wari wateguye igitaramo cya Kizz Daniel muri Tanzaniya, yemeye ko yabeshyeye uyu muhanzi igihe avuga ko yanze kuririmba kubera ko yari yabuze umukufi we wa zahabu. Uyu muhanzi utegerejwe mu gitaramo mu Rwanda kuwa Gatandatu itariki 13 Kanama, yatangaje ko ku wa 12 Kanama 2022 azakorera igitaramo cy’ubuntu muri Tanzania mu rwego […]
Hegitari 57,200 zimaze kwangizwa n’umuriro mu Bufaransa kuva muri Kamena

Kuri uyu wa Kane, inkongi y’umuriro yakomeje gufata intera mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bufaransa, amazu menshi arasenyuka, hegitari zisaga 6.800 z’ubutaka zirakongoka, bituma abantu byibura 10,000 bimurwa. Muri rusange hegitari 57,200 zimaze kwangizwa n’umuriro mu Bufaransa kuva muri Kamena. Abashinzwe kuzimya umuriro baturutse hirya no hino mu Burayi baje gufasha u Bufaransa mu gihe umuriro […]
Umugabo yinjiranye imbunda muri banki afata abakozi bugwate asaba amafaranga ye yizigamiye
Umugabo witwaje imbunda yafashe bugwate abakozi muri banki y’i Beirut mu murwa mukuru wa Liban, wibasiwe n’ibibazo by’ubukungu, anatera ubwoba ko aza kwitwika nadahabwa amafaranga yari yarazigamye. Kuri uyu wa Kane, uyu mugabo yinjiye mu ishami rya Banki Nkuru muri Beirut mu karere ka Hamra yitwaje akajerekani karimo peteroli. Yafashe bugwate abakozi batandatu cyangwa barindwi […]
Les sĂ©nateurs demandent l’accès Ă la retraite pour les anciens travailleurs rwandais au Burundi
Les sĂ©nateurs ont dĂ©clarĂ© que la situation actuelle est prĂ©occupante, oĂą les Rwandais qui ont travaillĂ© Ă l’Ă©tranger, principalement au Burundi, ne reçoivent pas de pension. Ils ont donc rĂ©clamĂ© leur accès Ă la sĂ©curitĂ© sociale. L’appel a Ă©tĂ© lancĂ© le mercredi 10 aoĂ»t, alors que la sĂ©ance plĂ©nière du SĂ©nat a approuvĂ© deux hauts […]
Umwirabura wa mbere wahawe ipeti rya General w’inyenyeri enye yagizwe Umuyobozi wa AFRICOM

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Amerika gishinzwe Afurika (AFRICOM) bwahawe umuyobozi mushya, Gen. Michael “Mike” Langley uzakomeza kuyobora ibikorwa by’Ingabo za Amerika ku mugabane aho Pentagon ivuga ko kurwanya ingaruka zo gukomeza kuhagira ijambo kw’Abashinwa n’iterabwoba ry’intagondwa bikomeje kuba ibya mbere mu bigomba gukurikiranirwa hafi. Nk’uko tubikesha VOA Afrique, Gen. Langley mu birori byabereye ku cyicaro cya […]
Abantu hafi 500 bamaze guhanwa bazira gufata ku makamyo batwaye amagare
Polisi y’u Rwanda (RNP) yihanangirije abatwara amagare, bafata ku makamyo cyane cyane iyo bageze mu mihanda izamuka ndetse ugasanga rimwe na rimwe bamwe muri bo bahasiga ubuzima. Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko ibikorwa byo gufata abatwara amagare bafata ku makamyo bigashyira ubuzima bwabo mu kaga […]
Ambasaderi w’u Bushinwa yashinje USA kuba nyirabayazana w’intambara yo muri Ukraine no gushaka gusenya u Burusiya
Ambasaderi w’u Bushinwa i Moscou yise Amerika “nyirabayazana w’intambara” yo muri Ukraine kandi ashinja Washington gushaka “gusenya” u Burusiya. Ambasaderi Zhang Hanhui yavuze ko Amerika yashyize u Burusiya mu mfuruka binyuze mu gukomeza umuryango wa NATO ndetse no gushyigikira imbaraga zishaka guhuza Ukraine n’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi aho kwegerana na Moscou. Mu kiganiro yagiranye n’Ibiro […]
Amerika irashinja Iran gucura umugambi wo kwivugana John Bolton hagamijwe guhorera Gen. Qassem Soleimani
Abategetsi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinje umuntu ukekwaho kuba mu mutwe w’abasirikare barinda impinduramatwara ya kisilamu muri Irani (IRGC) kuba yarateguye umugambi wo guhitana John Bolton wahoze ari umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, aho bishoboka ko byaba biri mu rwego rwo kwihorera kubera iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani wishwe n’ubutegetsi bwa Perezida Trump […]
Abanyekongo batunguwe no kubona stand ya RDC muri Expo 2022 mu Rwanda
Abanyekongo bamwe batunguwe no kubona stand ya DRC muri Expo Rwanda 2022 mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi wahungabanye kuva intambara yongeye kubura hagati ya FARDC n’umutwe wa M23 Congo ishinja u Rwanda gutera inkunga, ndetse Guverinoma ikaba yari yafashe ingamba zitandukanye zirimo kureka kwitabira ibikorwa mpuzamahanga cyangwa inama bibera mu Rwanda. Mu ngamba zafashwe, […]
Minisitiri mu Budage yibasiwe nyuma yo kugaragara i Kiev n’ikirahure cya champagne ari guseka
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu mu Budage, Nancy Faeser, yatangaje ko yicujije nyuma yo kugaragara mu ifoto afite ikirahure cya champagne mu ntoki aseka yatembagaye ubwo yari mu rugendo muri Ukraine mu mpera za Nyakanga. Kuri uyu wa Kabiri ushize, ubwo Faeser yabazwaga kuri iyi foto mu kiganiro live na RND muri Potsdam, yagize ati: “Ndicuza iyi […]
Ituri: Guverineri Lt. Gen. N’kashama yiteguye gutangaza amazina y’abadepite bakoresha imitwe y’inyeshyamba
Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen. Luboya N’kashama kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Kanama aganira n’abanyamakuru i Bunia, yamaganye imyitwarire y’abadepite bamwe bo mu ntara, ashinja gukoresha imitwe yitwaje intwaro no kugira uruhare mu guhungabanya Intara ya Ituri, atangaza ko bidatinze nibakomeza kwitwara gutyo azabashyira ku karubanda. Luboya N’kashama yaganiriye n’abanyamakuru, […]
Les émissaires chinois et malawite présentent leurs lettres de créance

Deux nouveaux Ă©missaires accrĂ©ditĂ©s au Rwanda ont prĂ©sentĂ© mardi 9 aoĂ»t leurs lettres de crĂ©ance au prĂ©sident Paul Kagame, alors qu’ils entamaient leur mandat de reprĂ©sentation de leur pays au Rwanda. Les Ă©missaires sont le Chinois Wang Xuekun qui a remplacĂ© Rao Hongwei, tandis que le Malawite Andrew Zumbe Kumwenda remplace Glad Chembe Munthali. L’envoyĂ© […]
Butembo: Igitero kuri gereza kiciwemo abapolisi imfungwa zisaga 800 ziratorokeshwa
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Kanama 2022, igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyagabwe kuri Gereza Nkuru ya Kakwangura, muri Butembo, muri Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imfungwa zisaga 800 muri 872 zari muri gereza ziratorokeshwa abapolisi bari ku burinzi baricwa. Amakuru y’ibanze agera ku rubuga Politico.cd dukesha iyi nkuru, […]
Huye: Uwashinjwaga gusambanya umwana we yakatiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 08 Kanama 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo w’imyaka 33 icyaha cyo gusambanya umwana we w’imyaka 12, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko nubwo uyu yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo gifungo cya […]
Abakuru b’ibihugu 10 ba mbere bahembwa akayabo muri Afurika

Imwe mu mpamvu ngo ituma Abanyafurika bakunda kurwanira ubutegetsi cyangwa bagakora ibishoboka byose ngo batsinde amatora, ahanini ngo ni ugukururwa n’ubuzima bwiza n’umushahara uri hejuru n’ibindi bintu bitandukanye umukuru w’igihugu yemererwa, ari nayo mpamvu usanga uwasogongeye kuri ubwo buzima ahanini aba adashaka kubuvamo cyangwa agakora ibishoboka ngo abugumemo kugeza apfuye. Hifashishijwe imibare ituruka ku mbuga […]