Burundi: CNIDH yemeje ko Gen. Alain-Guillaume Bunyoni yatawe muri yombi

Komisiyo ishinzwe Uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’u Burundi (CNIDH), yemeje ko Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu afunzwe. Iyi Komisiyo mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yemeje ko kuri uyu wa Gatandatu yasuye Gen Bunyoni aho afungiye, gusa ihakana amakuru yavugaga ko uyu wigeze kuba Umuyobozi Mukuru […]

U Rwanda na RDC mu nama yiga ku kibazo cy’impunzi

Ubuyobozi bw’ishami rya Loni rishinzwe kwita ku mpunzi (HCR) muri RDC, bwatangaje ko Leta y’iki gihugu, iy’u Rwanda ndetse na ryo bateganya kugirana inama yiga ku kibazo cy’impunzi buri gihugu gifite mu kindi. HCR ivuga ko muri Congo Kinshasa habarirwa impunzi z’Abanyarwanda 209,000; mu gihe iki gihugu na cyo gifite mu Rwanda impunzi zibarirwa mu […]

Police FC yisasiye APR FC, iha Kiyovu Sports amahirwe yo kwegukana igikombe

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatandatu yatsinzwe na Police FC ibitego 2-1, bituma ihita itakaza umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona ibura imikino ine igasozwa. Police FC yari yakiriye APR FC kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino wa derby y’umutekano w’umunsi wa 26 wa shampiyona. APR FC yasabwaga kuwutsinda kugira ngo ikomeze […]

Kuki tugirwa inama yo kuticara umwanya munini?Dore indwara 5 zikomeye bitera

health_dontsitdown_03.jpg

Abahanga mu mitekerereze ya muntu n’abajyanama mu by’ubuzima batanga inama ko abantu badakwiye kwicara buri munsi umwanya munini bitewe n’uko bishobora gutera indwara zitandukanye kandi zikomeye. Urubuga Healthline.com, rutangaza ko abarenga 1/2 cy’abatuye isi usanga bakunda kumara igice cyinini cy’igihe bakoresha ku munsi baba bicaye ntibagerageze gukoresha ingingo z’umubiri wabo bityo ugasanga babikurijemo uburwayi rimwe […]

Ibuka yajuririye umwanzuro w’ihagarikwa ry’urubanza rwa kabuga Félicien

25aaa340-3faf-11ed-9870-81cf332d717a.jpg

Umuryango w’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, wajuririye cy’urukiko mpanabyaha rwashyiriyeho Rwanda i Arusha (IRMCT), nyuma y’uko rwemeje ihagarikwa ry’urubanza Kabuga Félicien aregwamo na Leta y’U Rwanda. Ibuka ijuririye icyo cyemezo nyuma y’uko uru rukiko rwanzuye ko ikirego cya Kabuga gihagarikwa akabanza gukorerwa isuzuma ku burwayi bwagaragazwaga n’abamwunganira mu mategeko. Icyo gihe hanzuwe […]

Gen. Jeff Nyagah yagaragaje ko adashyigikiye ko M23 ijya muri Sabyinyo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za EAC zoherejwe kugarura amahoro muri Congo Kinshasa, Maj Gen Jeff Nyagah, yagaragaje ko adashyigikiye ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bajya kuba muri Sabyinyo nyuma yo kuva mu duce bahoze bagenzura. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo M23 yasabwe kuva mu duce twose wagenzuraga, hanyuma abarwanyi bawo bagasubira mu birindiro byawo bya […]

Arsenal yahagamwe na Southampton izashoboza iki Manchester City?

skysports-pep-guardiola-mikel-arteta_6121236.jpg

Ikipe ya Arsenal yaraye iteje benshi ururondogoro nyuma y’uko inaniwe gutsinda ikipe ya Southampton umukino ukarangira amakipe yombi anganyije ibitego 3-3 Ni umukine wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, aho abakurikiranira hafi ikipe ya Arsenal bari bizeye intsinzi ariko siko byaje kugenda kuko umukino warangiye izi kipe zombi zinganyije. Uyu wari umukino wishiraniro […]

MINICOM yasobanuye impamvu itamanuye imisoro ku bindi biribwa by’ingenzi

b43e9a8d077db9df3c792d1174e75024.jpg

Hashize iminsi micye Leta y’u Rwanda itangaje ko yagabanyije imisoro ku mitungo ndetse n’ibicuruzwa bimwe na bimwe birimo n’ibiribwa.Muri ibyo harimo ifu ya Kawunga, ibigori , ibirayi ndetse n’umuceri. Hakiramara gusohoka iryo tangazo, benshi mu baturage bagiye bagaragaza ko hari ibiribwa bimwe na bimwe byakabaye nabyo bigabanyirizwa imisoro kuko ngo kubyigondera bitoroheye buri wese. Aha […]

Ubutumwa bw’u Rwanda ku baturage barwo bari muri Sudani

Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bari muri Sudani kuguma mu mazu yabo, mu rwego rwo kwirinda kugirwaho ingaruka n’intambara ikomeje kujya mbere muri kiriya gihugu. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu itangazo iheruka gusohora yavuze ko “Ambasade y’u Rwanda muri Sudani ikomeje gukurikiranira hafi imirwano ikomeje ndetse n’ibikorwa by’inzego z’umutekano muri Sudani, bityo igasaba Abanyarwanda bose […]

Bebe Cool yongeye kurikoroza kuri Bobi Wine

12.jpg

Umunyamuziki Bebe Cool, yongeye gushotora mugenzi we Bobi Wine avuga ko yamaze kuzima kugeza ubwo nta muntu ugikurikirana umuziki we . Ni amakuru aherutse gutangaza mu binyamakuru bitandukanye aho yavugaga ko adakwiye gumeza kwiyumva ko umuziki we ugikunzwe. Bebe Cool yakomeje avuga ko Bobi Wine adakunzwe haba mu muziki, muri Politike ndetse no mu mu […]

Gen. Bunyoni byavugwaga ko yahunze u Burundi yaba yatawe muri yombi

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaba yatawe muri yombi. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Bunyoni yatangajwe bwa mbere na Pacifique Nininahazwe usanzwe ari impirimbanyi y’Uburenganzira bwa muntu, akavuga ko yayahawe n’incuti w’uriya wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi. Uyu muntu Nininahazwe […]

Umugabo yamenya ate ko umugore yarangije mu gihe cy’imibonano?

capture233.png

Buri muntu agira uko acunganwa n’ibyiyumviro bye cyane cyane iyo ari ibimuganisha ku byishimo bishingiye ku mibonano mpuzabitsina . Abashakanye , iyo bakoze icyo gikorwa hari igihe usanga umwe asiga undi, ntihabeho kugendana bitewe n’uko ntabumenyi buhagije umwe afite cyangwa se bose nabyo birashoboka, bityo ugasanga hari igihe ibyishimo by’umwe bicagata ntibigere ku ndunduro. Kimwe […]

Leta yagabanyije imisoro, ku bicuruzwa bimwe ivanwaho

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bitandukanye, inakuraho umusoro ku nyungu (TVA) ku bicuruzwa bimwe na bimwe. Icyemezo cyo kugabanya imisoro cyahawe umugisha n’inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 20 Werurwe 2023, mu mishinga y’amategeko yerekeye imisoro yemeje. Iyo mishinga irimo uw’Itegeko rihindura itegeko rishyiraho umusoro ku […]

U Rwanda rwagaragarije Loni ibibazo RDC ishobora guteza nyuma yo kwanga kuganira na M23

Leta y’u Rwanda yagaragarije Umuryango w’Abibumbye ko intambara ishobora kongera kurota hagati y’Ingabo za Congo n’umutwe wa M23; nyuma y’uko Leta y’i Kinshasa irahiye ko itazigera iganira n’uriya mutwe. Ni impungenge zagaragajwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, Gatete Claver, ubwo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 19 Mata yitabiraga inama rusange y’Akanama […]

Shadiboo, Gen. Mohoozi bifurije Abayisilamu irayidi nziza, Min. Abdallah atanga ubutumwa bwihariye

capture2.png

Mu gihe kuri uyu wa Gatanu hizihizwa umunsi w’irayidi(Eid Al Fitr, ibyamamare bitandukanye cyane cyane ababarizwa mu idini ya Islam, bifurije abanyarwanda n’abandi muri rusange kugira umunsi mwiza ariko banazirikana ababaye bityo kugirango bifatanye nabo kuri uyu munsi . Mu byamamare bitandukanye byagarutse kuri uyu munsi, harimo Uwimbabazi Chadia uzwi nka Shaddy Boo bishimiye uyu […]

KNC yasubije abatekereza ko ari we ugiye kuyobora FERWAFA

capture1-2.png

Nyuma y’uko umweyo umaze iminsi uvuza ubuhuha mu nzu ikoreramo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA, abarimo perezida wayo Mugabo Olivier bakegura, hahise hakwirakwira inkuru ko umunyamakuru Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ashobora gufata uwo mwanya. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari mu kiganiro Rirarashe yabajijwe niba ibivugwa ko agiye gufata umwanya w’ubuyobozi […]

Juventus yasubijwe amanota 15 yari yarakuweho muri shampiyona

Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’u Butaliyani yasubijwe amanota 15 yari yarakuweho muri shampiyona, ihita ifata umwanya wa gatatu n’amanota 59. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo iyi kipe yo mu mujyi wa Turin yari yakuweho ariya manota, ku itegeko ry’urukiko rwo muri kiriya gihugu. Byari nyuma y’iperereza mu by’ubukungu yari imaze igihe ikorwaho […]

Abayobozi 3 ba FERWAFA barimo Muhire Henry na bo beguye

Muhire Henry wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) na we yamaze kwegura, nyuma y’amasaha make uwari umuyobozi w’iri shyirahamwe yeguye. Muhire yeguye mu kanya kashize, ajyana na Iraguha David wari ushinzwe umutungo muri FERWAFA cyo kimwe na Delphine Uwanyirigira wari Komiseri ushinzwe amarushanwa. Kugeza ubu ntiharatangazwa impamvu uyu mugabo yahisemo gufata icyemezo […]

Abouk wari umugore wa Achraf yiyamye abakomeje kumuvuga,asaba agahenge

fufdbhpx0aep93a.png

Nyuma y’iminsi havugwa iby’itandukana rya myugariro wa Paris saint Germain, Achraf Hakimi n’umugore we, haracyakomeje kuvugwa byinshi byaje no gutuma atobora asaba abakomeje kumuvuga ko bamuha agahenge akaruhuka . Hiba Abouk, umugore wa Achraf aganira na Elle.com, yavuze ko ibyabaye agenda abyakira ashimangira ko atari we wa mbere bibayeho kandi ngo sinawe wanyuma , igisigaye […]

Ntidushobora kuganira na M23 kuko n’u Rwanda rwanze kuganira na FDLR: RDC ibwira Loni

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamenyesheje Umuryango w’Abibumbye ko itazigera iganira n’umutwe wa M23, ngo kuko u Rwanda na rwo rwanze kuganira na FDLR. Ni ibyatangajwe na Ambasaderi wa Congo Kinshasa muri Loni, Georges Nzongola-Ntalaja, ubwo mu ijoro ryakeye yagezaga ijambo ku kanama ka Loni gashinzwe Umutekano ku Isi. Ijambo rye ryibanze ku bijyanye n’uko […]

Umugore yasigiye umugabo abana 3 arongorwa n’ umuturanyi kubera ubukene

3a0ba0710ca03894.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu gace kamwe ko muri Kenya haravugwa umugabo urimo gutabaza umuhisi n’umugenzi nyuma y’uko umugore we amutanye abana 3 akisangira umuturanyi ngo bibanire . Nickson Vuyekha, umwe mu bahungu ba David Sorema watawe n’umugore, avuga ko mu gitondo kimwe nyina yikoze akabatera se akigira ku muturanyi bahita bibanira. […]

Ikawa n’ubunyobwa mu biribwa karundura byongera ubushake bwo gutera akabariro

untitled.jpg

Gutera akabariro ni inkingi ya mwamba ku bashakanye ku buryo iyo umwe atabyisangamo cyane undi abikunda ni cyo gihe usanga bagonganye akantu gakomye kose ugasanga ntibakavuzeho rumwe ariko nyamara intandaro ari uko kudahuza mu buriri . Iyo umwe muri abo atabonye mugenzi we uko byaba bimeze kose aba afite ikibazo kuburyo bimusaba kwegera abaganga cyangwa […]

Amagana y’abasirikare ba Sudani bahungiye muri Tchad

Minisiteri y’Ingabo za Tchad yatangaje ko hari abasirikare 320 ba Sudani bahungiye muri icyo gihugu, nyuma y’intambara ikomeye ikomeje kujya mbere mu gihugu cyabo. Minisitiri w’Ingabo za Tchad, Gen Daoud Yaya Brahim, yabwiye itangazamakuru ko bariya basirikare “bageze ku butaka bwacu ku cyumweru, bamburwa intwaro hanyuma barafungwa.” Uyu musirikare yavuze ko abo basirikare bahisemo guhunga […]

Urutonde rw’imigi 10 y’Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023

Ibihugu bimwe na bimwe by’Afurika usanga bivugwaho kugarizwa n’ubukene bukabije kuburyo usanga abaturage babyo ubuzima bwabo buba buri ku murongo w’umuhondo cyangwa utukura . Muri ibyo bihugu akenshi usanga habaho iyimuka ry’abaturage bava mu byaro bagana mu mijyi ariko igitangaje hari abo ubuzima bugora ugasanga basubiye aho baturutse abandi bagakomeza umutsi. Bimwe mu bishingirwaho bavuga […]

Dore bimwe mu byo utazi ku ndwara yo kwibagirwa

37cerebralmatter2.jpg

Ibaze ufitanye inama n’umukoresha wawe ukibagirwa!Ibaze ufite ikizamini cy’akazi ariko ukibagirwa umunsi n’amasaha ugomba ku gikoreraho!Ibaze kuba ufite inkumi mugomba gusohokana ariko igategereza amaso agahera mu kirere wabyibagiwe . Izo ni zimwe mu ngero nyinshi zigaragaza ko ubusanzwe umuntu aba adakwiye kwibagirwa ibintu by’ingenzi mu gihe afite ubuzima buzima, ariko igitangaje n’uko abantu bahura n’ikibazo […]

Intare FC yanze gukina umukino wagombaga kiyihuza na Rayon Sports

Ikipe ya Intare FC yanze kwitabira umukino wo kwishyura wa â…› cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro wagombaga kiyihuza na Rayon Sports. Iyi kipe kuri uyu wa Gatatu yagombaga gusura Rayon Sports, mu mukino wo kwishyura w’Igikombe cy’Amahoro wagombaga guhuza amakipe yombi kuri Stade ya Bugesera. Intare FC mu ibaruwa iheruka kwandikira ubuyobozi bwa FERWAFA, yavuze ko itigeze […]

Gutwita, kimwe mu biri kuvugwa ko byateye Zari gukora ubukwe mu muhezo

capture-87.png

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru ko umuherwekazi Zari Hassan yakoze ubukwe mu ibanga n’umukunzi we Shakib Cham Lutaaya . Ibi byagaragaye mu mashusho Zari aherutse gushyira hanze agaragaza uyu mugabo amwambika impeta mu muhango wabereye mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Ibikomeje kuvugwa byihutishije uyu mubyeyi w’abana 5, ni uko […]

Perezida wa FERWAFA yeguye

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Nizeyimana Mugabo Olivier ‘Cafu’, biravugwa ko yeguye ku mirimo ye. Amakuru y’iyegura rya Cafu wari umaze imyaka hafi ibiri ayobora FERWAFA yatangiye kuvugwa ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu. Perezida wa FERWAFA mu ibaruwa yandikiye abanyamuryango b’iri shyirahamwe, yavuze ko yahisemo kwegura ku bw’impamvu zimukomereye afite zituma […]

MINEDUC yakuyeho agahimbazamusyi ababyeyi bageneraga abarimu

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko yamaze kuvanaho amafaranga y’agahimbazamusyi ababyeyi bageneraga abarimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye ya Leta. Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yatangaje ko iki cyemezo cyo gukuraho amafaranga y’agahimbazamusyi k’umwarimu cyafashwe, nyuma yo kugaragaramo akajagari. Yavuze ko hari ibigo byishyuzaga ababyeyi asaga Frw 150,000; ibyasaga nk’umuzigo kuri bo. Minisitiri w’Uburezi kandi yatangaje ko […]

Neymar mu byishimo by’uko umukunzi we atwite

capture11.png

Umukinnyi w’ikipe ya Paris saint Germain Neymar n’umukunzi we batangaje ko mu minsi iri imbere bitegura kuzibaruka imfura yabo . Uyu musore mu ntangiro z’icyi cyumweru aherutse gushyira ku rubuga rwa Instagram amafoto y’uruhererekane y’umukunzi we Bruna Biancardi amugaragaza ko amutwitiye umwana w’imfura yabo ariko akaba ari uwa kabiri kuri Neymar. Aya mafoto agaragaza Neymar […]

Gen. Al Burhan yahaye gasopo amahanga akomeje kwivanga mu bibazo bya Sudani

Gen. Abdel Fattah Abdelrahman al-Burhan uyoboye Sudani mu buryo bw’inzibacyuho, yahaye gasopo amahanga ayasaba kwirinda kwivanga mu bibazo igihugu cye gifite. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Sudani mu itangazo yasohoye mu ijoro ryakeye, yashimangiye ko amakimbirane Ingabo z’iki gihugu zifitanye n’umutwe witwara gisirikare wa RSF ari “ibibazo by’imbere mu gihugu bigomba guharirwa abanya-Sudani mu rwego rwo […]

Ese wowe usomana uhumirije cyangwa uba ukanuye? Kurikiza izi nama

bbbb-4.jpg

Abashakanye cyangwa abitegura ku rushinga cyo kimwe na bamwe mu bakundana muri rusange usanga iyo bahuye bashaka kugaragaza ibyiyumviro byabo bakabigaragarisha bimwe mu bimenyetso harimo no gusomana . Nubwo uyu muco wo gusomana, uteri usanzwe umenyerewe mu Rwanda rwo hambere, wari waramamaye kuva kera mu bindi bihugu cyane cyane hakurya y’amazi magari aho usanga bo […]

RDC yatangaje umubare w’imitwe yitwaje intwaro itunze ku butaka bwayo

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko itunze imitwe yitwaje intwaro 266 ikorera mu burasirazuba bwayo. Byatangajwe na Tommy Tambwe Ushind ukuriye gahunda yo kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abayihozemo (P-DDRCS). Yavuze ko mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Congo harimo 252 ikomoka imbere mu gihugu na 14 ikomoka mu […]

Uruzinduko Perezida Kagame yasoje i Conakry rwasize iki?

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaraye asoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga i Conakry mu murwa mukuru wa Bénin. Ni uruzinduko rwa kabiri Umukuru w’Igihugu yagiriraga muri iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika nyuma y’urwo yaherukaga kuhagirira muri 2016. Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame i Conakry Ku mugoroba wo ku wa Mbere […]

Conakry: Perezida Paul Kagame yatashye ikiraro cyamwitiriwe

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yitiriwe ikiraro (iteme) cya Kagbelen giheruka kuzura i Conakry mu murwa mukuru wa Guinée, nyuma yo kugitaha. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Perezida Paul Kagame yatashye ku mugaragaro iri teme ari kumwe na mugenzi we Colonel Mamadi Doumbouya uyoboye Guinée-Conakry mu buryo bw’inzibacyuho. Ni Perezida Kagame uri muri iki […]

Gen Bunyoni yaba yahunze u Burundi, ba Colonel 2 bafungwa bamuzira

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaba yarahungiye muri Tanzania. Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bo mu nzego z’umutekano mu Burundi, n’ubwo nta rwego na rumwe muri iki gihugu ruratayangaza ku mugaragaro. Amakuru y’ihunga rya Gen Bunyoni wanigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi […]

Nyirarureshwa ku mubano wa Frank Lampard na Todd Boehly kubera umusaruro muke

imagefra.jpg

Frank Lampard n’umwe mu bakoresha be ariwe Todd Boehly baravugwaho kutavuga rumwe ku mubano wabo nyuma y’umusaruro muke ugaragara muri iyi kipe ariko uyu mutoza we akavuga ko ari amahoro . Uyu mubano utari mwiza uri kugaragazwa n’imyitwarire Todd aho aherutse kwinjira mu rwambariro rw’abakinnyi ba Chelsea abuka inabi nyuma y’umukino iyi kipe iherutse gutsindwamo […]

Alikiba mu marenga yo kwigarurira uwahoze ari umugore we

111-5.jpg

Umuhanzi Alikiba ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya nyuma y’amezi atari macye atandukanye n’uwahoze ari umukunzi we, kuri ubu yaciye amarenga ko bashobora kongera gusubirana . Kuri uyu wa mbere nibwo ku mbuga nkoranyambaga hiriwe amakuru avuga ko ashobora kongera gusubirana na Amina Khaleef wahoze ari umugore we. Ibi byashimangiwe n’amagambo yanditse ku mbuga ze amwifuriza […]

Umugore utita kuri ibi bintu 8,biragoye ko umugabo yamwiruka inyuma

love-2.jpg

Ni kenshi usanga abagabo cyangwa abasore iyo barimo gushakisha abakunzi cyangwa abagore bazabana, bigoranye ko bazakururwa n’ikintu kimwe ku wo yabengutse ahubwo usanga akururwa n’urusobe rw’imyitwarire cyangwa imiterere y’uwo yifuza . Muri ibyo bintu bikurura abagabo kuburyo iyo umukobwa cyangwa umugore abyujuje bimworohera gukundwa, twabahitiyemo kubabwira 7 muri byo ku buryo iyo abyitayeho usanga bamwiruka […]

Gen Mubarakh Muganga yanenze abakinnyi ba APR FC, ababurira ko hari abazirukanwa

Umuyobozi Mukuru w’Ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yabwiye abakinnyi b’iyi kipe ko nk’ubuyobozi batishimiye uburyo bari kwitwara muri shampiyona y’u Rwanda iri kugenda igana ku musozo. Gen Muganga yabibwiye abakinnyi b’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu kuri uyu wa Mbere, ubwo yabasuraga akaganira na bo. Byari nyuma y’uko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize APR […]

Perezida Kagame yageze i Conakry, yakirwa na Col Doumbouya (Amafoto)

20230418_063656.jpg

Perezida Paul Kagame kuva ku wa Mbere tariki ya 17 Mata ari i Conakry mu murwa mukuru wa Guinée, mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri icyo gihugu. Umukuru w’Igihugu yageze muri Guinée-Conakry akubutse muri Guinée-Bissau, aho na bwo yari yageze akubutse muri Bénin. Perezida Kagame yasuye iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika ku butumire […]

Umusore yapfukamiye inkumi amasaha 21 bifata ubusa

chinese-man-12.png

Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubushinwa uzwi ku izina rya Li, yafashe umwanya ungana n’amasaha 21 apfukamye imbere y’ibiro by’aho umukobwa bahoze bakundana akorera ngo yongere kumwigarurira ariko biranga bifata ubusa . Ibi byabaye ubwo uyu musore yari yamaze kugira umubabaro udasanzwe nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we ariko nyuma akaza kumusanga aho akorera ngo amusabe […]

Perezida Paul Kagame ari muri Guinée-Bissau

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari muri Guinée-Bissau, mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe ari kugirira muri iki gihugu cyo mu Burengerazuba bw’umugabane wa Afurika. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter yabyo byatangaje ko kuri uyu wa Mbere Perezida Kagame “yakiriwe ku ngoro y’Umukuru na Perezida Umaro Siccoco Embalಠwa Guinée-Bissau.” Abakuru b’ibihugu byombi babonaniye mu muhezo […]

Ese bigenda gute ku mugore ukunda kunywa amasohoro?

93s3xmifauzyqy2tlqfidr92iqub7xc03xelwwgc.jpg

Mu buryo karemano umugore n’umugabo iyo bashakanye baba bemerewe gukora imibonano mpuzabitsina uko babyifuza mu gihe cyose umwe yifuje mugenzi we ntawe ubihatiwe . Muri iki gihe ndetse n’icyatambutse uburyo bwo gukora imibonano mpuzabitsina bwagiye burushaho gushyirwa ahagaragara ndetse hagenda haduka n’ubundi buryo bwasaga n’ubuhishwe. Ikoranabuhanga uko ryagiye ryaduka rikanarushaho kwigarurira Isi, niko ryagiye ritiza […]

Uganda: Minisitiri ukurikiranweho kwiba amabati yasutse amarira mu rukiko

Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe imari n’igenamigambi, Amos Lugoloobi yitabye urukiko, rutangira kumuburanisha ku byaha akekwaho bifitanye isano no kwiba amabati Perezida Yoweri Kaguta Museveni yari yarageneye abatuye mu gace ka Karamoja. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo uyu Muminisitiri yatawe muri yombi na Polisi ya Uganda. Byari nyuma ya mugenzi we Mary Goretti […]

Zari yongeye kurongorwa

Umugandekazi Zari Hassan wahoze ari umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz, yamaze kurongorwa n’umunya-Uganda Shakib Lutaaya bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo. Zari na Shakib bari bamaze amezi 10 bakundana. Ku Cyumweru tariki ya 16 Mata ni bwo bombi basezeraniye mu idini ya Islam, mu muhango wabereye i Pretoria mu murwa mukuru wa Afurika y’Epfo. Ni ubukwe […]

Nyaruguru: Igisasu cyateguwe mu ishyamba hafi y’inzira

Abaturage bari bategereje ko abasirikare bagituritsa

Igisasu cyo mu bwoko bwa gerenade (grenade) cyagaragaye mu ishyamba hafi y’inzira nyabagendwa mu mudugudu wa Kalimba, akagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge mu karere ka Nyaruguru. Inzego z’umutekano zahageze, ziragitegura zigiturikiriza hafi aho ngaho. Ibi byabaye kuri uyu wa 16 Mata 2023. Nk’uko Munyankindi Louis, umuyobozi w’Isibo icyo gisazu cyari gitezemo abivuga, iyo gerenade […]

Perezida Kagame yakiranwe ubwuzu na Patrice Talon (Amafoto)

20230415_165144.jpg

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mata yakiriwe na mugenzi we Patrice Talon wa Bénin, bagirana ibiganiro. Ni ibiganiro byabereye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu cya Bénin (Palais de la Marina). Ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi byagombaga kumara igihe cy’iminota 30, gusa kiza kurenga kuko bamaze isaha n’igice bakiganira. Perezida Talon yabwiye […]

Muri Sudani haravugwa Coup d’à‰tat ya gisirikare

Amakuru aturuka i Khartoum mu murwa mukuru wa Sudani aravuga ko muri iki gihugu hashobora kuba harimo kugeragezwa Coup d’à‰tat ya gisirikare. Amakuru avuga ko kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Khartoum birimo akarimo ingoro y’Umukuru w’Igihugu ndetse n’icyicaro Gikuru cy’Ingabo humvikanye urusaku rwinshi rw’amasasu. Kugeza ubu umutwe […]

Polisi yarashe mu cyico uwari ukurikiranweho kwica umukozi w’akarere ka Kamonyi

Polisi y’igihugu mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mata yarashe mu cyico umusore witwa Kubwimana Daniel, nyuma yo kugerageza kuyicika ubwo yari agiye kuyereka aho yahishe ibikoresho yibye mu nzu y’umukozi w’akarere ka Kamonyi yari akurikiranweho kwica. Kubwimana w’imyaka 33 y’amavuko yarasiwe mu kagari ka Remera ho mu murenge wa Rukoma […]

M23 yaba yagabye ibitero ku ngabo za Kenya n’iz’u Burundi

Igisirikare cya Kenya (KDF) cyatangaje ko abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagabweho igitero n’abo bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe wa M23. KDF mu itangazo yasohoye mu ijoro ryakeye yavuze ko abasirikare bayo boherejwe mu gace ka Kibumba aho bari mu butumwa bwa EAC bwo kugarura amahoro muri Congo (EACRF), […]

Umuhuro w’i Lubumbashi wa Katumbi, Fayulu na Matata Ponyo wasize iki?

Abanyapolitiki bane batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatanu biyemeje guhuza imbaraga, mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ukuboza uyu mwaka. Ni nyuma y’ayo muri 2018 yabaye mu mahoro, gusa akaza gukurikirwa n’ibirego by’uko Perezida Félix Antoine Tshisekedi yaba yaribye amajwi. Ku wa Gatanu ni bwo bariya […]

Perezida Paul Kagame ari i Cotonou (Amafoto)

20230415_091607.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yamaze kugera i Cotonou mu murwa mukuru w’igihugu cya Bénin, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Umukuru w’Igihugu yageze muri Bénin mu masaha yatambutse ahasanga Madamu Jeannette Kagame wahageze ku munsi w’ejo. Ku kibuga cy’indege yakiriwe n’itsinda ry’abayobozi bo muri Guverinoma ya Bénin ryari riyobowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki […]

Huye: La répétition du génocide en 1963, témoigné

Me Frédérick Karangwa rescapé des massacres des Tutsi en 1963

En 1963, beaucoup de Tutsi ont été tués dans l’ancienne commune de Kinyamakara de l’ancienne préfecture de Gikongoro, qui correspond, aujourd’huI, à  la circonscription du secteur de Kigoma dans le district de Huye. Bien que ces massacres ne fà»rent pas qualifiiés officiellement de génocide, à  l’àªpoque, Me Frédéric Karangwa, rescapé de ces massacres, affirme qu’il […]

CAF yafatiye ibihano abasifuzi bayoboye umukino wa Bénin n’u Rwanda

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), yafatiye ibihano umunya-Botswana Joshua Bondo na bagenzi be batatu, nyuma y’amakosa bakoreye mu mukino wahuje Bénin n’u Rwanda bayoboye. Abasifuzi Joshua Bondo, Mogomotsi Morakile, Kitso Sibanda na Tshepo Mokani Gobagoba ni bo basifuzi bane bayoboye umukino wo mu tsinda L Les Guépards ya Bénin yaguyemo miswi n’Amavubi […]

Kecapu wo muri Bamenya yibarutse imfura 3

Mukayizere Jalia wamenyekanye muri filime y’uruhererekane ya Bamenya nka Kecapu, kuri uyu wa Gatanu we n’umugabo we bibarutse abana batatu. Abana uyu mugore yibarutse barimo abahungu babiri n’umukobwa umwe, bakaba bavukiye mu bitaro byo kwa Nyirinkwaya (La Croix du Sud). Kecapu yibarutse imfura nyuma y’uko muri Nyakanga umwaka ushize yari yakoze ubukwe n’umugabo we, Mutabazi […]

Sandra Teta wari warahukanye yasubiye kwa Weasel wemeje ko bitegura ubukwe

Umuhanzi Douglas Seguya Mayanja uzwi mu muziki wa Uganda nka Weasel, yatangaje ko ateganya gukora ubukwe na Sandra Teta nyuma y’uko uyu munyarwandakazi afashe icyemezo cyo kumugarukira. Ku itariki ya 06 Mata ni bwo bivugwa ko Sandra Teta wari umaze igihe aba hano mu Rwanda yasubiye i Kampala, yakirwa ku kibuga cy’indege cya Entebbe na […]

Urukiko rwategetse ko Tuyisenge uzwi kuri Twitter nka NTAMA W’IMANA arekurwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Mata rwategetse ko Tuyisenge Evariste wamenyekanye ku rubuga rwa Twitter nka NTAMA W’IMANA2 arekurwa. Ku wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe 2023 ni bwo uyu musore yari yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwamukekagaho gutangaza ubutumwa bushishikariza abantu gukora icyaha cyo gusambanya abana. […]