La justice française condamne Bucyibaruta à 20 ans de prison pour génocide

Un tribunal français a emprisonnĂ© mardi un ancien haut responsable rwandais pendant 20 ans après l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le gĂ©nocide de la nation africaine. Laurent Bucyibaruta est le plus haut gradĂ© rwandais Ă  avoir Ă©tĂ© jugĂ© en France pour les massacres de 1994 au cours desquels plus d’un million de personnes ont […]

Umukinnyi Robert Lewandowski wa Bayern Munich ari gukangishwa kwicwa

Nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru byo muri Pologne, ngo rutahizamu ukomoka muri iki gihugu ukinira ikipe ya Bayern Munich, Robert Lewandowski, arimo araterwa ubwoba abwirwa ko ashobora kwicwa. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 kuri ubu wafashe icyemezo cyo kuva muri Bayern Munich, yagarutse muri Bavière aho yari yitezwe gusubukura imyiteguro ya shampiyona ibanza. Mu gihe ihangana rikomeje hagati […]

Gasabo: Umugabo wari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo mu mpera z’icyumweru gishize rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Nkundabagenzi Sylvestre icyaha cyo kwica umugore, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu nk’uko byari byasabwe n’Ubushinjacyaha. Ku itariki ya 17/06/2022 nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza Ubushinjacyaha buregamo ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we ubwo yamusangaga mu rugo yicaranye […]

Le ministre Vincent Biruta a visité le Mémorial du génocide arménien à Erevan

Le ministre des Affaires Ă©trangères et de la CoopĂ©ration internationale du Rwanda, Vincent Biruta, et sa dĂ©lĂ©gation ont visitĂ©, lundi, le MĂ©morial du gĂ©nocide armĂ©nien Ă  Erevan en marge de la visite de deux jours en ArmĂ©nie. La dĂ©lĂ©gation Ă©tait accompagnĂ©e du vice-ministre armĂ©nien des Affaires Ă©trangères Mnatsakan Safaryan, a indiquĂ© le musĂ©e-institut du gĂ©nocide […]

U Burusiya bushobora kwisubiza Leta ya Alaska bwagurishije Amerika kuri miliyoni 7$ – Umudepite

Mu cyumweru gishize, umufatanyabikorwa ukomeye wa Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin akaba n’umwe mu bagize inteko ishinga amategeko y’u Burusiya yakangishije gutera Alaska no kwigarurira iyi ntara yahoze ari iy’ u Burusiya. Vyacheslav Volodin yavuze ko u Burusiya bushobora “kwisubiza” Alaska, ururimi ngo Moscow yakoresheje mu gusobanura igitero cyayo muri Ukraine. N’ubwo u Burusiya bwegereye […]

Umunyakanada wa mbere watuye mu Rwanda asanga Quebec ikwiye kwisubiza umwanya yahahoranye

Umunyakanada Luc-Normand Tellier uvuga ko ari we Munya-Canada wa mbere kandi ukomoka muri Quebec watuye mu Rwanda bwa mbere akanahakorera arasanga kugirango Quebec isubize umwanya yahoranye mu mateka mu Rwanda ikwiye kuhafungura ambasade nk’uko bigaragara mu gitekerzo cye yatambukije mu kinyamakuru Le Devoir. “Amahirwe yashatse ko mba umuturage wa mbere wa Canada na QuĂ©bec wabaye […]

Abasirikare ibihumbi ba Somalia bari bamaze imyaka 3 barabuze basanzwe muri Eritrea

fxuxf-fxgaerkis.jpg

Nyuma y’imyaka itatu yo kubihakana cyangwa kutavugwaho rumwe, ubu hamenyekanye andi makuru ku bijyanye n’ibihumbi by’abasirikare ba Somalia boherejwe kwitoreza muri Eritrea, kandi leta zombi zimaze igihe zihakana. Ku Cyumweru, itariki ya 10 Nyakanga 2022, Perezida mushya wa Somalia, Hassan Cheikh Mohamoud, yahuye nabo mu ruzinduko rwe rwa mbere ku mugaragaro, rwamamajwe cyane mu itangazamakuru […]

Twitter irateganya gukurikirana umuherwe Elon Musk mu butabera

Twitter irateganya gutangiza urugamba rw’ubutabera muri iki cyumweru kuri Elon Musk, umuyobozi mukuru w’uruganda rwa Tesla (TSLA.O) rukora imodoka zikoresha amashanyarazi akaba n’umuntu ukize kurusha abandi ku Isi, nyuma y’aho atangaje ku wa Gatanu ushize ko amasezerano ya miliyari 44 z’amadolari yari yamaze gukora yo kugura Twitter (TWTR.N) ayavuyemo. Nk’uko Elon Musk abitangaza, ngo Twitter […]

Umuyobozi w’Igipolisi cya Somalia ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 7

csm_whatsapp_image_2022-07-11_at_2.09.23_pm_8ec97e674a.jpg

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 11 Nyakanga, yakiriye mu biro bye biherereye Kacyiru mugenzi we wa Somaliya Maj. Gen. Abdi Hassan Mahamed, aho baganiriye ku cyateza imbere umubano mu buryo butandukanye bwo gucunga umutekano. Mu biganiro byahuje impande […]

Sri Lanka: Murumuna wa Perezida Rajapaksa wari minisitiri w’imari yabujijwe kuva mu gihugu

Abashinzwe abinjira n’abasohoka muri Sri Lanka baravuga ko babujije gusohoka mu gihugu murumuna wa perezida ndetse wahoze ari na Minisitiri w’imari, Basil Rajapaksa, nyuma y’aho abaturage barakariye uyu muryango wari ukomeye mu gihugu kubera ikibazo cy’ubukungu bugeze aharindimuka. Ntabwo byahise bisobanuka aho Rajapaksa, ufite ubwenegihugu bwa Amerika, yageragezaga kujya. Yeguye ku mwanya wa minisitiri w’imari […]

Rubavu: Imyaka ibaye 12 bategereje gukosorerwa ibyangombwa by’ubutaka amaso yaheze mu kirere

Imyaka ibaye 12 abaturage Leta y’u Rwanda itangije gahunda yo kubarura ubutaka no gutanga ibyangombwa by’ubutaka bya burundu, ariko abaturage bo mu Kagari ka Ntengo, Umudugudu wa Nyabagobe, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, barashinja abayobozi guhora bababeshya ko bazabakosorera ibyangombwa none bakaba barategereje barahebye. “Ikibazo dufite ni ibyangombwa by’ubutaka…twagiraga icyangombwa ariko kitajyanye n’ubuso buhari. […]

Abadage bahangayikishijwe n’uko bazabaho mu itumba nyuma y’ifungwa rya Nord Stream

U Burusiya buragenda burushaho guha gaz nkeya u Budage none ubu umuyoboro wa Nord Stream bwawufunze kugirango ukorerwe maintenance, kandi ntibizwi niba uzongera gufungurwa vuba, kuri ubu Abadage bakaba bafite impungenge zikomeye z’uko bazabaho mu gihe cy’itumba kegereje. Abakodesha inzu benshi mu Budage biravugwa ko barimo kwakira amabaruwa adashimishije muri iyi minsi. Mugihe ibiciro by’ingufu […]

Amatora ya Kenya abaye uyu munsi Odinga yagira 42% mu gihe Ruto yagira 39% – Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwakozwe mu gihugu cya Kenya bugaragaza ko umukandida ku mwanya wa perezida w’ishyaka United Democrati Alliance (UDA), William Ruto, kuri ubu asatira cyane mugenzi we uzaba uhagarariye Azimio la Umoja, Raila Odinga, mu gihe habura ukwezi kumwe gusa kugira ngo amatora nyirizina yo ku ya 9 Kanama abe. Mu bushakashatsi ku waba umukuru w’igihugu […]

Uganda: Umusore w’imyaka 32 n’umukunzi we bishwe na gari ya moshi nyuma yo kugonga imodoka yabo

jk-3.jpg

Abantu batandukanye mu gihugu cya Uganda bakomeje kohereza ubutumwa bwo kwifatanya mu kababaro n’imiryango y’umugabo n’umugore bahitanwe n’impanuka mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku cyumweru ubwo imodoka bari barimo yagongwaga na gari ya moshi abarimo bose bakahasiga ubuzima. Abahitanwe n’iyi mpanuka ybabaje abatari bacye ni Norbert Tizikara w’imyaka 32, wari umuhanga mu by’ubwubatsi ukorana […]

Mu Gushyingo abatuye Isi bazagera kuri miliyari 8 mu gihe mu 2023 Abahinde bazaba baruta Abashinwa

Abaturage batuye Isi biteganyijwe ko bazagera kuri miliyari 8 ku itariki 15 Ugushyingo nk’uko byatangajwe n’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Mbere muri raporo yawo ivuga ko igihugu cy’u Buhinde kizatambuka ku Bushinwa nk’igihugu gifite abaturage benshi ku Isi mu 2023. Umunyamabanga Mukuru, Antonio Guterres yagize ati: “Muri rusange icyerekezo rusange cy’abaturage” ni ukwibutsa inshingano dusangiye […]

Sri Lanka: Abigaragambya biyemeje kuzava mu ngoro ya perezida ari uko yeguye ku butegetsi

_125846231_mediaitem125846230.jpg

Abigaragambya bavuze ko bazakomeza kwigarurira ingoro ya perezida n’iya minisitiri w’intebe ba Sri Lanka kugeza igihe abayobozi bombi beguye ku mugaragaro. Perezida Gotabaya Rajapaksa yavuze ko azava ku butegetsi ku ya 13 Nyakanga, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’inteko ishinga amategeko ku wa Gatandatu. Ariko perezida ntiyigeze aboneka cyangwa ngo agire icyo atangaza ku mugaragaro. Kuri uyu […]

Umugabo w’Umushinwa yari amaze imyaka 20 ajya mu mihango atazi kibazo afite

Umugabo w’umushinwa yagiye kwivuza ikibazo cyo kwihagarika bya hato na hato, atungurwa no kumenya ko afite udusabo tw’intanga twa kigore kandi yari amaze imyaka 20 ajya mu mihango. Nk’uko ikinyamakuru China Morning Post kibitangaza, ngo uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko wamenyekanye gusa ku mazina ya Chen Li mu rwego rwo kurinda umwirondoro we, yabanje gusuzumwa […]

Soweto: Igitero cy’abantu bitwaje intwaro mu kabari cyahitanye abantu 15

Igitero cy’abantu bitwaje intwaro mu masaha akuze kuri uyu Gatandatu ushize, mu kabari ko mu Mujyi wa Soweto muri Afurika y’Epfo, mu burengerazuba bwa Johannesburg, cyahitanye abantu 15 abandi barakomereka bikabije. Raporo za polisi zerekana ko itsinda ry’abagabo bahageze muri tagisi ya minibus batangira kurasa mu kabari, bituma abari imbere bagerageza guhunga. Komiseri wa polisi […]

FBI na MI5 byagaragaje ko ubu nta kibazo kibangamiye uburengerazuba nk’u Bushinwa

Mu ijambo ryahurijwe hamwe ritigeze ribaho, abayobozi ba FBI na MI5 (Ikigo cy’Abongereza gishinzwe umutekano no gukumira ubutasi mu gihugu) batanze umuburo ku wa Gatatu ku bibazo bitandukanye bishobora guterwa n’ubutasi bw’Abashinwa. Bagaragaje ikibazo kimwe cy’ukuntu u Bushinwa bwashyize imbaraga mu kubuza kuba umudepite Umushinwa witandukanyije n’ubutegetsi bwa Pekin mbere yo kuba umuturage wa Amerika. […]

Umujyanama mu Karere ka Moscow yakatiwe imyaka 7 y’igifungo azira kunenga intambara yo muri Ukraine

Umujyanama w’Akarere ka Moscou yakatiwe imyaka irindwi y’igifungo azira kunenga igitero cy’u Burusiya muri Ukraine, mu byo umunyamategeko ukunze kunenga perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) yavuze ko ari urubanza rwa mbere umuntu agiye muri gereza hakurikijwe itegeko rishya rihana “amakuru y’ibinyoma”. Alexei Gorinov, umwe mu bagize njyanama y’akarere, yabwiye inama ya njyanama ku ya 15 Werurwe, […]

Blaise Compaore yasubiye aho yari yarahungiye muri Cote d’Ivoire igitaraganya

Uwahoze ari Perezida wa Burkinafaso, Blaise CompaorĂ©, yavuye i Ouagadougou kuri uyu wa Gatandatu, itariki 9 Nyakanga nyuma ya saa sita asubira i Abidjan, aho yahungiye kuva yahirikwa mu 2014. Yari yasubiye mu ghugu cye ku wa Kane ushize, yitabiriye inama yahuriyemo n’undi wahoze ari Perezida, Jean-Baptiste OuĂ©draogo na Lt. Col. Paul Henri Damiba uyoboye […]

Kwamamaza imiti n’ibikorwa by’ubuvuzi bigiye kujya bihanirwa mu Rwanda

Ishingiye ku mabwiriza ya Minisitiri No 20/0004 yo ku wa 09/01/2019 abuza kwamamaza imiti n’bikorwa by’ubuvuzi mu buryo ubwo ari bwo bwose n’ibiganiro bitemewe, minisiteri y’ubuzima yasabye abayobozi b’ibitangazamakuru n’ubuyobozi bw’ibanze guhagarika ibyo bikorwa. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki 09 Nyakanga ryashyizweho umukono na minisitiri w’ubuzima, Dr Daniel Ngamije, havuga ko […]

Martin Fayulu yijeje rubanda ko vuba agiye gufata ubutegetsi akagira RDC igihangange

“Iyo nza kuba nicaye mu ntebe ya perezida, iriya ntambara iba yararangiye,” ibi ni ibyatangajwe na Martin Fayulu, perezida w’ishyaka EciDĂ© (Engagement pour la CitoyennetĂ© et le DĂ©veloppement) yizeza abaturage ba Boyoma ko vuba agiye gufata ubutegetsi akagira Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihugu gikomeye. Ati “ Tugiye gufata iriya ntebe kandi ntibizaba ari ugushaka […]

Perezida Rajapaksa wa Sri Lanka yayabangiye ingata mbere y’uko abaturage batera ingoro ye

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 9 Nyakanga, Perezida wa Sri Lankan, Gotabaya Rajapaksa, yahunze urugo rwe mu murwa mukuru Colombo, mbere yuko haterwa n’abaturage bigaragambyaga basaba ko yegura. Akajagari gakomeye karashoboka ahazaza nyuma y’iyi ntambwe nshya yatewe mu guhangana hagati ya perezida n’abaturage be. Umwe mu bashinzwe umutekano yagize ati: “Perezida yajyanywe ahantu hatekanye.” […]

Rusizi: Ikirego cy’Umushinwa wasabaga gukuraho icyemezo cy’urukiko cyatewe utwatsi

Urukiko Rukuru Urugereko rwa Rusizi mu ntangiriro z’iki cyumweru rwemeje ko ikirego cyatanzwe n’Umushinwa n’uwo bareganwa cyo gukuraho icyemezo bafatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi nta shingiro gifite. Ku itariki ya 30 Werurwe 2022 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije umushinwa witwa SHUJUN SUN igihano cy’igifungo cy’imyaka makumyabiri (20) ndetse ruhanisha n’Umunyarwanda witwa Renzaho Alexis igihano […]

Umujyi wa Kigali wasobanuriye Sena uko witeguye kugabanya umuvundo w’imodoka

Umujyi wa Kigali watangaje gahunda yo kubaka indi mihanda yo hejuru n’imihanda y’ibice bibiri bibiri by’imodoka zijya mu kerekezo kimwe cyangwa ikindi mu rwego rwo kurushaho kugabanya umuvundo w’imodoka mu murwa mukuru. Izi gahunda z’ubwubatsi zashyizwe ahagaragara, kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 7 Nyakanga, Umujyi wa Kigali wasubizaga komisiyo ihoraho ya Sena ishinzwe […]

Pas de cessez-le-feu ni d’accord signĂ© Ă  Luanda – Biruta

Le ministre rwandais des Affaires Ă©trangères, Vincent Biruta, a dĂ©menti les informations selon lesquelles un accord aurait Ă©tĂ© signĂ© ou un cessez-le-feu convenu entre le Rwanda et la RD Congo lors du sommet tripartite du 6 juillet qui s’est tenu dans la capitale angolaise, Luanda. Dans un tweet envoyĂ© par le ministre, il a condamnĂ© […]

Burundi: Leta yiyemeje guca burundu abasabirizi n’abana bo mu mihanda muri Bujumbura

Abayobozi b’u Burundi kuri uyu wa Kane ushize batangaje ko umukwabu w’igipolisi wo kurundanya abasabirizi mu Mujyi wa Bujumbura utazahagarara kugeza baciwe burundu mu mihanda. Abasabirizi bagera kuri 300 n’abana bo mu mihanda batawe muri yombi hagati yo kuwa Gatatu no kuwa Kane, nk’uko byatangajwe n’Ihuriro ry’amashyirahamwe arengera abana (FENADEB), umuryango uhuriyemo imiryango 70 itegamiye […]

Beni: Igitero cy’inyeshyamba ku kigo nderabuzima cyaguyemo abantu 13

Abantu 13, barimo abarwayi 4, baguye mu gitero gishya cy’inyeshyamba ku kigo nderabuzima mu ijoro ryo ku wa kane rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Nyakanga 2022 i Lume, mu murenge wa Ruwenzori muri Tertwari ya Beni muri Kivu y’Amajyaruguru. Abagizi ba nabi bateye umujyi ahagana mu ma saa tatu n’iminota 20 z’ijoro, nk’uko […]

Huye: Uwashinjwaga gukubita umugore we bikamuviramo urupfu yakatiwe imyaka 20 y’igifungo

Urukiko rwisumbuye rwa Huye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 06 Nyakanga rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Shumbusho Egide icyaha cyo gukubita umugore babanaga bikamuviramo urupfu, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cy’imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni zirindwi. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru, buvuga ko n’ubwo uregwa yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo […]

Uganda: Yashimutiwe kwa muganga afatwa ku ngufu aranicwa

Abarwayi n’abakozi b’Ikigo Nderabuzima cya Kakindo IV bakangaranye nyuma y’aho umugore wari urwarije abana be babiri muri iri vuriro yarishimutirwagamo mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ushize, agafatwa ku ngufu akanicwa. Umurambo wa Constance Kyasimiire wasanzwe washyinuwe igice mu busitani buri mu Kagari ka Kyakachwende, mu Mujyi wa Kakindo nyuma y’amasaha aburiwe irengero ashakishwa […]

Mu mafoto: Uko byari byifashe igihe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yaraswaga

abe_yari_yiriranwe_umwuka_mwiza_mbere_yo_gufata_ijambo.jpg

Shinzo Abe wahoze ari minisitiri w’Intebe w’u Buyapani kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Nyakanga yarashwe ubwo yariyagiye kwiyamamaza mu Mujyi wa Nara. Radio na Televiziyo bya leta, NHK, byavuze ko Abe w’imyaka 67 yarashwe n’umuntu wari witwaje imbunda amuhereye mu mugongo kubw’amahirwe ntiyahita apfa akaba arimo gukurikiranwa n’abaganga. Umugabo wamurashe w’imyaka 41, usanzwe ari […]

Impamvu icyaha cyo gusebya abayobozi b’abanyamahanga cyakuwe mu gitabo cy’amategeko ahana

Urukiko rw’Ikirenga ruherutse gukura mu gitabo cy’amategeko ahana, ingingo itanga ibihano by’igifungo ku bakekwaho icyaha cyo gutuka abayobozi bakuru b’abanyamahanga. Iryo tegeko ryateganyaga ko uhamijwe icyo cyaha ashobora guhanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5. Iyo ngingo yagiraga iti “Ukoza isoni cyangwa gutuka Abakuru b’ibihugu by’amahanga cyangwa abahagarariye ibihugu by’amahanga cyangwa abahagarariye […]

Huye: Uwari ukurikiranweho gusambanya mwishywa we yakatiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Nyakanga 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Bayavuge Jean icyaha cyo gusambanya mwishywa we, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buravuga ko n’ubwo uregwa yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo gifungo cya burundu nk’uko byari byasabwe […]

Kenya: Guverineri Mohammud Ali yitakanye Visi Perezida William Ruto

Guverineri wa Marsabit, Mohammud Ali, yitakanye Visi Perezida wa Kenya, William Ruto ubwo yari mu ruzinduko mu ntara ye aho yari yagiye kwiyamamariza. Guterana amagambo byatangiye ku wa Gatatu, itariki ya 6 Nyakanga, ubwo Visi Perezida Ruto yavugaga ko Mohammud ataramenya umukandida azashyigikira hagati y’uwahoze ari Minisitiri w’intebe Raila Odinga na we (William Ruto). Ruto […]

Les écoles rurales demandent des salles de classe plus intelligentes

Les enseignants des lycĂ©es, en particulier dans les zones rurales, ont fait part de leurs inquiĂ©tudes concernant les salles de classe intelligentes inadĂ©quates pour numĂ©riser l’Ă©ducation. La demande a Ă©tĂ© faite par certaines Ă©coles situĂ©es dans les districts de Rutsiro et Rubavu de la province de l’Ouest visitĂ©es par The New Times. Dans le district […]

Aimable Karasira aravuga ko ashobora kwikura mu rubanza

Aimable Karasira Uzaramba uregwa ibyaha birimo gupfobya jenoside aavuga ko nakomeza gukubitwa n’abacungagereza azikura mu rubanza. Uyu uvuga ko iyo avuye kuburana akagera muri gereza akubitwa azira ko aburana mu buryo badashaka, yishinganishije mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge. Karasira yagaragarije impungenge umucamanza avuga ko ashobora kuzagwa muri gereza. Yongeyeho ko nibikomeza bityo azasaba kwikura mu […]

Perezida Macky Sall yishimiye ibyavuye mu biganiro by’i Luanda

Nyuma y’ibiganiro byaraye bihuje abakuru b’iihugu by’u Rwanda, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Angola kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Senegal, Macky Sall, ari nawe uyoboye Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, kuri uyu wa Kane, itariki 7 Nyakanga, yishimiye ibyavuye muri ibyo biganiro. Abinyujije kuri twitter, Perezida Macky Sall yagize ati “Nishimiye ibisubizo […]

MINICOM iravuga ko ubu ntacyo yakora ku izamuka rikabije ry’igiciro cy’ibishyimbo

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda iravuga ko ntacyo yakora ku giciro cy’ibishyimbo gikomeje kuzamuka ikavuga ko ahubwo nibikomeza hazitabazwa ibituruka hanze kugirango umuturage arengerwe, aho kuri ubu ikiro kigeze ku mafaranga 800 mu gihe ku mwero cyaguraga 400. Yaba abacuruzi n’abaguzi b’ibishyimbo muri iki gihe bavuga ko bahangayikishijwe cyane n’izamuka rikabije ry’igiciro cyabyo ku masoko mu gihe […]

Ukraine iyoboye urutonde rw’ibihugu 10 bikennye kurusha ibindi mu Burayi

Igihugu cya Ukraine kiri mu ntambara n’u Burusiya ni cyo gihugu cya mbere gikennye kurusha ibindi ugereranyije n’ibindi byo mu Burayi hagendewe ku musaruro mbumbe wa buri muturage buri mwaka nk’uko tubikesha worldpopulationreview.com. Ubukungu bw’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi ni bumwe muri butatu bwa mbere ku Isi iruhande rw’ubwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubw’u […]

Ibihano ku gihugu nk’u Burusiya gitunze intwaro za kirimbuzi bishobora gushyira ikiremwamuntu mu kaga – Medvedev

Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev (uri kumwe na Putinku ifoto), yavuze ko kugerageza gufatira ibihano ighugu gitunze intwaro za kirimbuzi nk’u Burusiya bikorwa n’Uburengerazuba kubera intambara yo muri Ukraine bishobora gushyira mu kaga ikiremwamuntu, mu gihe intambara imaze amezi atanu ikomeje gusenya imijyi ari nako ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage basigara batagira aho kuba. Ku […]

Igisirikare cya Uganda cyitandukanyije n’ibitangazwa na Lt Gen. Muhoozi kuri twitter

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo n’ibikorwa by’abavuye ku rugerero, ndetse n’Igisirikare cya Uganda (UPDF), yatangaje ko ibyanditswe n’umugaba w’ingao zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba ku byerekeye inyeshyamba za Tigray zo muri Ethiopia ari igitekerezo cye bwite, atari icya UPDF. Mu kiganiro Focus on Africa cya BBC ku wa Mbere, Brig Felix Kulayigye, yirinda kuvuga […]

Kirehe: La police saisit des balles de vĂŞtements de contrebande, cinq arrestations

Cinq passeurs ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©s mardi 5 juillet, arrĂŞtĂ©s dans le district de Kirehe avec cinq balles de vĂŞtements d’occasion communĂ©ment appelĂ©s caguwa, qu’ils avaient introduits en douce au Rwanda depuis la Tanzanie par des points frontaliers poreux. Le surintendant de police (SP) Hamdun Twizeyimana, porte-parole de la police pour la rĂ©gion de l’Est, a […]

Abaminisitiri batandukanye bakomeje kwegura muri Guverinoma y’u Bwongereza ku bwinshi

Abandi baminisitiri batanu muri Guverinoma y’u Bwongereza beguye ku mirimo yabo kuri uyu wa Gatatu nyuma ya babiri beguye kuri uyu wa Kabiri; Sajid Javid na Rishi Sunak. Abo ni; Kemi Badenoch, Neil O’Brien, Alex Burghart, Lee Rowley na Julia Lopez beguriye mu ibaruwa imwe nk’uko tubikesha BBC. Julia Lopez yari minisitiri w’ubuhinzi. Lee Rowley […]

Bamwe mu bakinnyi bagiye bapfira mu kibuga bari gukina cyangwa nyuma yaho

antonio_puerta.jpg

Umupira w’amaguru ni kimwe mu bintu bisigira abakunzi bawo ibihe bitazibagirana, intsinzi n’ibyishimo, umukino nyuma y’undi. Ariko, rimwe na rimwe ubamo ibihe bibabaje kandi bisigira igikomere abawukurikirana. Ni muri urwo rwego twabateguriye urutonde rw’abakinnyi bagiye bapfira mu kibuga barimo gukina cyangwa nyuma y’umukino Antonio Puerta Umukinnyi wa Sevilla yapfuye ku ya 28 Kanama 2007, nyuma […]

Ethiopia na Sudani byiyemeje gukemura ibibazo bifitanye mu mahoro

fw5z-jzveaawvag.jpg

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yatangaje ko yumvikanye n’umuyobozi wa Sudani gukemura mu mahoro amakimbirane ashingiye ku mupaka yateje imirwano hagati y’impande zombi. Ibiganiro hagati y’abayobozi bombi bije bikurikira imirwano yabereye mu karere k’umupaka katavugwaho rumwe mu kwezi gushize aho Sudani yavuze ko ingabo za Ethiopia zafashe kandi zikica ingabo za Sudani, ikirego Addis […]

Gahunda y’u Burusiya ni ugusenya burundu Ukraine – Ukuriye ubutasi muri Kyiv

9b6ef780-fc65-11ec-afae-13bb1d26c478.jpg

Mu gihe Ingabo z’u Burusiya zongereye ibitero mu karere ka Donbas muri Ukraine, umuyobozi w’ishami ry’ubutasi rya Kyiv yemeje ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, agamije “kurimbura burundu” Ukraine. Kyrylo Budanov aganira n’ikinyamakuru cyo muri Ukraine, RBC-Ukraine, yabajijwe niba Kremlin izakomeza ibitro byayo buhoro buhoro nyuma yo kwigarurira ibice bishaka kwitandukanya na Ukraine bishyigikiwe n’u […]

Amafoto: U Rwanda na Ghana byiyemeje gukaza ubufatanye mu bijyanye n’ubwirinzi n’ubutasi

csm_1_7915a99bf3.jpg

Inzego z’umutekano za Ghana n’u Rwanda ziyemeje kurushaho gukomeza umubano mu bijyanye n’ubwirinzi n’ubutasi mu biganiro byazihurije ku cyicaro cya RDF. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 5 Nyakanga, intumwa zo ku rwego rwo hejuru mu nzego z’umutekano muri Ghana ziyobowe n’umuhuzabikorwa w’umutekano w’igihugu muri minisiteri y’umutekano y’igihugu cya Ghana, Ambasaderi Major General (Rtd) Francis Adu […]

Umunyarwandakazi yatorewe kuyobora komite ishinzwe gukemura amakimbirane muri EALS

Umunyarwandakazi Florida Kabasinga yagizwe umuyobozi wa komite ishinzwe gukemura amakimbirane mu Ihuriro ry’Ingaga z’Abavoka muri EAC (EALS). Ihuriro ry’Ingaga z’Abavoka muri EAC ni ishyirahamwe ry’abavoka bo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba rifite icyicaro muri Tanzania kandi rifite abanyamuryango barenga 19.000. Kabasinga, washinze kandi akaba n’umwe mu bayobozi b’urugaga rw’abavoka, Certa Law, ni umunyamwuga mu by’amategeko […]

USA: Uwishe uwamucuruzaga afite imyaka 16 yahawe imbabazi nyuma y’imyaka 27 akatiwe igifungo cya burundu

Nyuma y’imyaka 27 akatiwe gufungwa burundu Nyuma y’imyaka 27 akatiwe igifungo cya burundu azira kwica uwashakaga kumucuruza, Sara Kruzan, yahawe imbabazi ku mugaragaro na Guverineri wa California. Mu 1995, Kruzan yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi cyo mu rwego rwa mbere nyuma y’umwaka yishe George Gilbert Howard ubwo uyu mugore yari afite imyaka 16. Mu myaka yakurikiye ikatirwa […]

Compaore waburanishijwe mu rubanza kw’iyicwa rya Sankara adahari agiye gusubira muri Burkinafaso

Uwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Blaise CompaorĂ©, ategerejwe mu minsi iri imbere i Ouagadougou, nyuma y’imyaka 8 mu buhungiro muri CĂ´te d’Ivoire yagiyemo kuva yahirikwa mu 2014. Uyu waburanishijwe adahari mu gihe cy’urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara, agakatirwa igifungo cya burundu, agomba guhura n’umuyobozi mushya w’iki gihugu, Lt. Col. Paul Henri Sandaogo Damiba, […]

Uganda: CMI yasabwe gufungura Obed Katureebe byihuse nta mananiza

Komisiyo y’burenganzira bwa Muntu muri Uganda yategetse Urwego rushinzwe ubutasi mu gisirikare (CMI) gufungura byihuse kandi nta manania umukozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe itangazamakuru (UMC) umaze amezi abiri afungiwe ahantu hatazwi. Ku itariki ya 2 Gicurasi nibwo Obed Katureebe yatwawe n’abashinzwe umutekano babiri bamusanze iwe, kandi kuva icyo gihe ntiyongeye kugaragara. Kw’ikubitiro inzego z’umutekano zavuze ko […]

Amasosiyete hafi 400 afite aho ahuriye n’ubukungu n’ubucuruzi agiye guhurira mu Rwanda

Nyuma y’ubutumwa bwa mbere bw’ubukungu n’ubucuruzi bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) muri Aziya y’Amajyepfo y’Uburasirazuba, muri Werurwe, bwahuje ba rwiyemezamirimo barenga 520 n’abafatanyabikorwa mu bukungu baturutse mu bihugu birenga 20 byo ku Isi bikoresha Igifaransa, uyu muryango wateguye ubutumwa bwa kabiri bw’ubukungu n’ubucuruzi muri Afurika yo hagati (MEAC) ku bufatanye n’abayobozi b’ibihugu bireba. Bizayoborwa na […]

Ambasaderi wa USA n’uw’u Burusiya mu Bushinwa bahuriye mu nama baterana amagambo

Ba ambasaderi ba Amerika n’u Burusiya mu Bushinwa bateranye amagambo hafi gufatana mu mashati bapfa intambara yo muri Ukraine ubwo bahuriraga mu yaberaga nama i Beijing. Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Nicholas Burns, yatangarije Inama y’Amahoro ku Isi (World Peace Forum) i Beijing ko igitero cy’u Burusiya “kidafite ishingiro” kandi ari “ikintu gikomeye […]

Les dirigeants du Rwanda et du Congo se rencontreront en Angola

Le prĂ©sident congolais, FĂ©lix Tshisekedi, rencontrera mercredi son homologue rwandais, Paul Kagame, en Angola dans un contexte de tensions croissantes entre les deux pays voisins, a dĂ©clarĂ© un porte-parole du gouvernement congolais. Les deux dirigeants discuteront mercredi des relations bilatĂ©rales et du conflit armĂ© dans l’est du Congo, oĂą les rebelles du M23 ont pris […]

Centrafrica: Imirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta yaguyemo abantu 13

Igitero cyagabwe n’inyeshyamba za UPC-CPC ku birindiro by’Ingabo za Centrafrica (FACAS) ku Cyumweru gishize, itariki ya 3 Nyakanga 2022 cyaguyemo byibuze abantu cumi na babiri. Imirwano ikaba ikomeje kubera ahitwa Dimbi. Imibare y’agateganyo y’abiciwe cyangwa abakomerekeye muri iyi mirwano yabaye hagati y’inyeshyamba za UPC-CPC na FACAS ivuga ko abantu 12 bapfuye ku ruhande rw’abagabye igitero, […]

Beni: Umusirikare wa Uganda yishe arashe bagenzi be barimo umusirikare wa FARDC

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Nyakanga 2022, umusirikare wo mu ngabo z’igihugu cya Uganda (UPDF) yarashe bagenzi be babiri ahitwa Bulongo, mu Murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni. Nta gutanga ibisobanuro birambuye, Umuvugizi w’ibikorwa bihuriweho hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ingabo za Uganda (UPDF) yemeza ko ari umusirikare […]

U Bushinwa bugiye gushyikiriza Zimbabwe inteko ishinga amategeko nshya yatwaye miliyoni 140$

new-parliament-building-harare-zimbabwe-government-design-6-1439x1032-pantic-architects.jpg

U Bushinwa buri mu myiteguro yo gushyikiriza Zimbabwe impano y’inyubako nshya izajya ikoreramo inteko ishinga amategeko yuzuye itwaye miliyoni 140 z’Amadolari. Uyu akaba ari umwe mu mishinga minini y’u Bushinwa hirya no hino muri Afurika igamije kurushaho guha iki gihugu cy’igihangange ijambo ku mugabane. Iyi nyubako nshya irimo imyanya 650 yo kwicaramo izasimbura iyari isanzwe […]