Paris: Ubucamanza bwahagaritse gukurikirana Umunyarwanda Nyombayire ushinjwa uruhare muri jenoside
Umucamanza wâiperereza wâi Paris yahagaritse gukurikirana Umunyarwanda VĂ©nuste Nyombayire, washinjwaga ubwicanyi mu kigo cyâimfubyi yari ayayoboye mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nk’uko AFP yabitangaje kuri uyu wa Kane nyuma yâamakuru yahawe nâabegereye iyi dosiye. Amakuru aturuka mu bucamanza avuga ko icyemezo cyo guhagarika gukuikirana Nyombayire cyatanzwe ku ya 9 Kamena, ariko gitangazwa […]
Rubavu: Abana babiri bâAbanyekongo bari bamaze iminsi bafungiwe mu Rwanda barekuwe
Abana babiri bâAbanyekongo bâimyaka 15 na 16 bafatiwe ku mupaka wâu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku Cyumweru gishize bagafungirwa ku Gisenyi nkâuko duherutse kubibagezaho mu nkuru yacu iheruka, biravugwa ko bamaze kurekurwa bagasubira iwabo. Amakuru dukesha Radio Okapi aravuga ko abo bana barekuwe kuri uyu wa Gatatu ushize neza tukimara kubagezaho inkuru […]
Uganda: Abadepite banenze igikorwa cyo kongeza umushahara abasirikare bakuru gusa
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yasobanuye izamurwa ryâimishahara iherutse kwemezwa ku basirikare bakuru ba Uganda (UPDF) nkâ âivanguraâ, kandi ko ari ikintu gishobora guhungabanya ubumwe bwâingabo nâumutekano wâigihugu. Mu cyumweru gishize, Daily Monitor yatangaje inkuru yâuko umushahara uteganijwe kuzamuka, aho umushahara wa buri kwezi nâinyungu zâizabukuru zâabasirikare bakuru ba UPDF bizikuba inshuro zirenga ebyiri, mu […]
Le chef de DCI, George Kinoti, conclut une tournée de sécurité de 3 jours au Rwanda
Le directeur de la Direction des enquĂȘtes criminelles au Kenya (DCI) , George Kinoti, a appelĂ© Ă une plus grande collaboration entre les pays africains dans la lutte contre la criminalitĂ© transnationale organisĂ©e. S’exprimant aprĂšs avoir conclu sa visite de trois jours liĂ©e Ă la sĂ©curitĂ© au Rwanda, Kinoti a dĂ©clarĂ© que le Kenya et […]
Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye nyuma yâuko ihuriro riri ku butegetsi rimaze gusenyuka. Ibiro bya perezida bivuga ko guverinoma ya Draghi izakomeza kwita ku bibazo byâigihugu kugeza hashyizweho indi nshya. Draghi yabonanye na Perezida Sergio Mattarella kugira ngo amushyikirize ubwegure bwe. Ibiro byatangaje nyuma y’inama, ko […]
Rulindo: Umugabo w’imyaka 35 arashinjwa gufata ku ngufu umukecuru wari umwugamishije
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, mu mpera z’icyumweru gishize rwagejeje imbere yâUrukiko umugabo wâimyaka 35 yâamavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, bumukurikiranyeho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukecuru wâimyaka 58 yâamavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyo cyaha yagikoze ku itariki ya 24 Werurwe […]
Ibihugu byo mu Burayi bifite imyenda myinshi kurusha ibindi
Ibihugu bitatu byo mu Muryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi biracyafite umwenda rusange uri hejuru ya 120% byâUmusaruro mbumbe wabyo (GDP), aho u Bugereki bufite umubare munini wâimyenda mu bihugu byâu Burayi ungana na 193.3% bya GDP, imbere yâu Butaliyani (150.8%) na Portugal (127.4%). Ariko kandi muri ibi bihugu niho iterambere mu mwaka wa 2021 rigaragara […]
CIA iravuga ko nta makuru ifite yemeza ko Putin arwaye ahubwo ameze neza cyane
Umuyobozi w’Ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, yavuze ko nta makuru bafite yemeza ko Perezida Vladimir Putin arwaye cyangwa afite ubuzima bubi. Ibitangazamakuru byakomeje gukwirakwiza amakuru ataremezwa neza yâuko Putin uzuzuza imyaka 70 muri uyu mwaka, ubuzima bwe bushobora kuba butifashe neza ndetse ngo yaba anarwaye cancer. Umuyobozi wa CIA, William Burns, ariko, yavuze ko nta kimenyetso […]
Musanze: Umusaza w’imyaka 72 yahamijwe gufata ku ngufu ufite uburwayi bwo mu mutwe
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze ku cyumweru rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umusaza wâimyaka 72 icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa wâimyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku italiki 10 Gashyantare 2022 mu ma saa cyenda zâamanywa, gikorewe mu Mudugudu wa Buhama, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Rwaza […]
Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye bahatanira kuzavamo Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza
Abakandida babiri basigaye mu irushanwa ryâubuyobozi bwâishyaka ryâAba-Conservateurs barimo gutegura ibibuga byabo ku bagize ishyaka bazahitamo uzasimbura Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza. Kuri uyu wa Gatatu, Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye mu irushanwa nyuma y’amatora yâabadepite yâuyu munsi. Sunak yandika mu kinyamakuru Daily Telegraph, yavuze ko azashyiraho […]
RDC: Umuyobozi wa Nyiragongo yifashe ku kibazo cyâabana bâAbanyekongo baba barafashwe na RDF
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ataremezwa neza aravuga ko hari abana babiri bâAbanyekongo bâimyaka 15 na 16 baba bafungiwe mu Rwanda ariko umuyobozi wa Teritwari ya Nyiragongo yirinze kuyemeza cyangwa ngo ayahakane. Aya makuru aravuga ko abo bana bafashwe nâingabo zâu Rwanda ku Cyumweru, itariki 17 bafatiwe hagati yâimbago ya 18 nâiya […]
Le Rwanda et l’Autriche signent un accord sur les services aĂ©riens
Le Rwanda et l’Autriche ont signĂ© un accord qui verra les deux pays ouvrir le ciel pour les compagnies aĂ©riennes commerciales de l’autre, Ă©galement connu sous le nom d’accords bilatĂ©raux sur les services aĂ©riens en termes d’aviation. L’accord a Ă©tĂ© signĂ© mardi aprĂšs-midi entre le ministre des Infrastructures, Ernest Nsabimana et l’ambassadeur d’Autriche au Kenya […]
Sri Lanka: Uwari minisitiri wâintebe abaturage batwikiye inzu niwe abadepite bagize perezida
Abadepite bo muri Sri Lanka batoye Minisitiri wâIntebe, Ranil Wickremesinghe, nka perezida mushya wâigihugu, nubwo adakunzwe nâabaturage. Wickremesinghe ahanganye n’inshingano zo kuyobora igihugu mu ihungabana ry’ubukungu no kugarura umutekano rusange nyuma y’amezi yâimyigaragambyo ikomeye yâabaturage. Yatsinze byimazeyo uwo bari bahanganye cyane kuri uwo manya, Dullus Alahapperuma, ku majwi 134 kuri 82 mu matora y’abadepite nkâuko […]
Huye: Urubanza rwa Munyenyezi rwatangiye mu mizi ashinja abatangabuhamya kuvuguruzanya
Urubanza rwa Beatrice Munyenyezi woherejwe mu Rwanda avanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangiye kuburanishwa mu mizi mu Rukiko Rwisumbuye rwa Huye, aho ubushinjacyaha bumurega ibyaha bitanu bya jenoside no gufata abagore ku gahato ahakana yivuye inyuma. Mu kwezi kwa Gatanu mu mwaka wa 2021 ni bwo igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Nigeria: Umupadiri wari washimuswe yasanzwe yishwe undi aratoroka
Umupadiri gatolika wo muri Nigeria wari umaze iminsi washimuswe mu cyumweru gishize, kuri uyu wa Kabiri basanze yarishwe mu gihe mugenzi we yashoboye gutoroka abamushimuse muri Leta ya Kaduna yo mu majyaruguru. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ba Padiri John Mark Cheitnum na Donatus Cleophas bafatiwe mu mujyi wa Lere ubwo bari bitabiriye ibirori bya […]
Nyarugenge: Batatu barezwe kwicwa umugore w’umwe muri bo bamunigishije umukandara w’abakarateka
Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 18 Nyakanga 2022 Ubushinjacyaha urwego rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko ku ifungwa ryâagateganyo abagabo batatu bakurikiranweho icyaha cyâubwicanyi buturutse ku bushake. Abaregwa uko ari batatu, ngo bacuze umugambi wo kwica umugore wâumwe muri abo bagabo babanaga batarasezeranye, uwo mugabo akaba yarifashishije bagenzi be ngo bamufashe kwica umugore we. Ubushinjacyaha […]
Huye: Uwari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Nyakanga 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Ndayisaba FidĂšle icyaha cyo kwica umugore babanaga abishaka, rumuhamya icyaha maze rumukatira igihano cyâigifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko urukiko rwamuhanishije icyo gifungo kubera ko nâubwo yemeye icyaha kuva yafatwa kugeza aburana mu […]
DĂ©but du cours d’inspection de la qualitĂ© des aliments et des mĂ©dicaments Ă Kacyiru
Un cours de cinq jours sur l’inspection de la qualitĂ© des aliments et des mĂ©dicaments a dĂ©butĂ© le lundi 18 juillet au quartier gĂ©nĂ©ral de la Police nationale du Rwanda (RNP) Ă Kacyiru, rĂ©unissant 30 participants de diffĂ©rentes institutions. Les stagiaires comprennent des officiers de police, des enquĂȘteurs du RIB ainsi que ceux de l’AutoritĂ© […]
U Bwongereza burahura nâubushyuhe bukabije butigeze bugira
U Bwongereza kuri uyu wa Kabiri bwahuye nâumunsi ushyushye cyane kurusha ibindi bihe, aho byitezwe ko buza kugera kuri degree celsius 42 (107.6F). Ku wa Mbere, ubushyuhe buri hejuru ya 38.1C bwageze i Suffolk, munsi gato yâubushyuhe bwa 38.7C u Bwongereza bwagezeho muri 2019. Pays de Galles na yo yagize umunsi ushyushe cyane itigeze ibona, […]
Espagne: Urukiko rwategetse ko umurambo wa Dos Santos ukorerwa ibindi bizamini
Ibyavuye mu bizamini byâibanze byo kwa muganga byerekana ko urupfu rwâuwahoze ari perezida wa Angola, Jose Eduardo dos Santos, rwatewe nâimpamvu zisanzwe, nk’uko urukiko rwo muri Espagne rwabitangaje kuri uyu wa Mbere ushize ubwo rwategekaga ko hakorwa ibindi bizamini. Ni nyuma yâibyumweru bibiri bishize Dos Santos apfiriye mu bitaro byâi Barcelona ku myaka 79 nkâuko […]
London: Rishi Sunak uvuka ku Munyakenya n’Umutanzaniya akomeje kuza imbere mu bahatanira kuba minisitiri wâintebe
Kuri uyu wa Mbere, ushize uwahoze ari minisitiri wâimari wâu Bwongereza yakomeje kuyobora abahatanira kuzaba minisitiri wâintebe wâu Bwongereza mushya mu gihe undi mu bo bari bahanganye yakuwe mu irushanwa. Rishi Sunak niwe waje imbere mu matora ya gatatu yâabadepite kugira ngo bamenye ugomba kuba umuyobozi wa Tory (Ishyaka ryâaba-conservateurs), nyuma yâaho Tom Tugendhat bahatanaga […]
Vuba u Rwanda ruraba rufite uruganda ruzajya rutunganya toni 100,000 z’ifumbire ku mwaka
Minisitiri wâubuhinzi nâubworozi, Gerardine Mukeshimana, yatangaje ko uruganda rwa miliyoni 38 zâamadolari yâAmerika (hafi miliyari 39 z’amafaranga y’u Rwanda) rufite ubushobozi bwo gukora buri mwaka toni 100.000 z’ifumbire, rwubakwa mu Karere ka Bugesera, biteganijwe ko ruzuzura muri Gicurasi 2023. Uyu mushinga ni umushinga uhuriweho nâisosiyete ikora ifumbire mvaruganda yo mu Rwanda (RFC), uruganda rukora ifumbire […]
Igihugu cya Iran kiremeza ko ubu gifite ubushobozi bwo gukora igisasu cya kirimbuzi
Igihugu cya Iran ubu gifite ubushobozi bwo gukora igisasu cya kirimbuzi ariko ntikirafata umwanzuro wo kucyubaka, nk’uko umujyanama mukuru wâumuyobozi wâikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yabitangarije al Jazeera kuri iki Cyumweru. Kamal Kharrazi yabivuze nyuma y’umunsi umwe Perezida wa Amerika Joe Biden arangije urugendo rwe rw’iminsi ine muri Israel na Arabia Sawudite, aho yiyemeza […]
Les examens de fin d’Ă©tudes primaires ont dĂ©butĂ©
Les examens de fin d’Ă©tudes primaires (PLE) ont dĂ©butĂ© aujourd’hui le 18 juillet et devraient se poursuivre jusqu’au 20 juillet, selon l’AutoritĂ© nationale des examens et de l’inspection scolaire (NESA). Au total, 229,859 Ă©tudiants devraient passer le PLE pour l’annĂ©e academique 2021-2022. S’adressant au New Times, le directeur gĂ©nĂ©ral de la NESA, Bernard Bahati, a […]
Indege ya Jubba Airways yakoze impanuka iribirandura igwa igaramye

Indege yakoze impanuka iribirandura ubwo yagwaga ku kibuga cy’indege ku murwa mukuru wa Somalia ariko kubwâamahirwe mu bantu basaga 30 bari mu ndege nta wagize icyo aba. Amashusho atangaje yafotowe nâabari hafi yâikibuga cyâindege cya Mogadishu yerekana umwotsi mwinshi wâumukara uzamuka nyuma yâimpanuka. Abashinzwe kuzimya umuriro babashije kuzimya umuriro ndetse amashusho yahafatiwe yerekana indege, Fokker […]
Uko Algeria yakoze ibishoboka byose ngo yakire icyicaro cyâIkigo Nyafurika cyâImiti u Rwanda rukayitsinda
Ubutegetsi bwa Algeria bwongeye kuba intandaro yâimpaka nyuma yo kurwanya amatora ya AU yahaye u Rwanda uburenganzira bwo kwakira ikigo cyâubuvuzi cya Afurika nyamara yari yakoze ibishoboka ngo itsinde bikaba impfabusa. Ku wa Gatandatu, mu nama ya 41 ya Komite Nyobozi yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (A.U) yabereye i Lusaka, muri Zambia, mu bihugu bya […]
Ingabo zâu Burusiya ziri muri Ukraine zahawe intego nyamukuru zigomba kwibandaho
Minisitiri wâingabo wâu Burusiya, Sergey Shoigu, yabwiye abayobozi bâingabo kugira intwaro zirasa mu ntera ndende za Kiev intego yabo y’ibanze. Iri tegeko ryaje ubwo yagenzuraga ingabo ziri mu ‘burasirazuba’ bwa Ukraine. Minisiteri y’Ingabo yatangaje kuri uyu wa Mbere ko Shoigu yatanze amabwiriza yo gushyira imbere kurasa misile nâimbunda za rutura bya Ukraine , kubera ko […]
Nta cyerekana ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda bizahagarika kwambuka imiyoboro iteza akaga – Abadepite
Itsinda ryâabadepite mu Bwongereza ryatangaje ko “nta kimenyetso gifatika” cyerekana ko gahunda yâu Bwongereza yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda izahagarika kwambuka imiyoboro ishobora guteza akaga. Muri Mata, u Bwongereza bwavuze ko abantu bamwe bahagera mu bwato buto bava mu Bufaransa bazoherezwa gusaba ubuhungiro bari mu Rwanda, mu rwego rwa politiki igamije guhagarika izo ngendo. […]
Zambia yirukanye Umushinwa ukurikiranweho ibyaha byâivanguramoko muri Malawi
Leta ya Zambia kirukanye ku butaka bwacyo Umushinwa ukora amafirime imusubiza mu gihugu cyâabaturanyi cya Malawi aho akurikiranweho ibyaha bijyanye nâivanguramoko no gukoresha abana. Lu Ke yari atuye muri Malawi ubwo yagaragazwaga na BBC Africa Eye, ivuga ko yakoresheje abana baho mu gufata amashusho yâindamutso yihariye, amwe muri yo akubiyemo ibintu bishingiye ku ivangura. Ayo […]
Perezida Zelensky yirukanye umuyobozi wâurwego rwâumutekano nâumushinjacyaha mukuru kubera ubugambanyi
Perezida Volodymyr Zelensky yirukanye umuyobozi wâurwego rwâumutekano wa Ukraine (SBU) nâumushinjacyaha mukuru, avuga ko hari ibibazo byinshi byâubugambanyi byo gukorana n’u Burusiya muri iyo nzego zombi zikomeye. Yavuze ko abahoze ari abakozi barenga 60 ubu barimo kurwanya Ukraine mu turere twigaruriwe n’u Burusiya. Yongeyeho ko dosiye zigera kuri 651 zâimikoranire nâubugambanyi ku bayobozi bashinzwe gutuma […]
Guinea: Col Doumbouya yashyizeho undi minisitiri wâintebe wâagateganyo
Perezida wâinzibacyuho wa Repubulika ya Guinea, Col. Mamadi Doumbouya yashyizeho Bernard Goumou nka Minisitiri wâintebe wâagateganyo mu gihe Minisitiri wâintebe wâagateganyo wari usanzweho, Mohamed Beavogui, adahari. Dr. Bernanrd Goumou azakomeza iyi nshingano hamwe nâinshingano ze nka Minisitiri wâubucuruzi nâinganda nto n’iziciriritse. Iri shyirwaho ryaje kubera ko Minisitiri wâintebe adahari. Ku wa gatandatu nimugoroba, Mohamed Beavogui […]
Irlande iravuga ko gahunda yâu Rwanda nâu Bwongereza yongereye abahasaba ubuhungiro
Minisitiri mu gihugu cya Irlande yashyigikiye ibyo guverinoma ivuga ko politiki yâu Rwanda nâu Bwongereza, yo kohereza abasahaba ubuhungiro muri Afurika, yatumye umubare wâabasaba ubuhungiro bajya muri Repubulika ya Ireland wiyongera. Bije nyuma yâaho Minisitiri wâIntebe, MicheĂĄl Martin, atangarije ko gahunda yâu Rwanda nâu Bwongereza ishobora kuba yarateje kwiyongera kwâabasaba gukingirwa mpuzamahanga muri Repubulika ya […]
Kabarondo: Umugabo arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umuhungu
Umugabo wâimyaka 38 wo mu Kagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, haravugwa arakekwaho guhohotera umwana wâumuhungu bari bajyanye kuvoma bavuyeyo bageze mu ishyamba amukubita umutego yitura hasi atangira kumusambanya ku ngufu. Ni icyaha bivugwa ko uyu mugabo akekwaho gukorera umwana wâumuhungu wâimyaka 13 kuwa Gatanu itariki 15 Nyakanga 2022. Ubuyobozi […]
Jackie Chan ari gukorera filimi irata ubutwari bwâu Bushinwa ahahoze ari indiri ya Islamic State

Umujyi wa Hajar al-Aswad wari indiri ya Islamic State wahindutse amatongo kuva mu 2018 haba ibikorwa bya gisirikare byo kwirukanamo intagondwa zâAbayisilamu hafi yâumurwa mukuru wa Syria, wongeye kugarukana ubuzima nyuma yâaho Jackie Chan atangiye kuhatunganyiriza filimi ya action. “Operation Home” ni filimi ishingiye ku gikorwa u Bushinwa bwakoze mu 2015 bukura abaturage babwo nâabandi […]
Inyeshyamba zo muri Tchad zahagaritse ibiganiro zagiranaga na leta yâinzibacyuho
Kuri uyu wa Gatandatu, inyeshyamba zo muri Tchad zavuze ko zihagaritse uruhare rwazo mu biganiro na guverinoma yâinzibayuho, intambwe yateye gushidikanya ku ruhare bazagira mu mushyikirano uteganyijwe muri Kanama ugamije kuba intangiriro yâitegura ryâamatora amaze igihe ategerejwe. Ibiganiro byubaka amahoro byabereye muri Qatar hamwe nâabategetsi bâinzibacyuho ba Tchad byari bigamije kugabanya amakimbirane nyuma yâuko perezida […]
Umuraperi Kodak Black yatawe muri yombi na Polisi ya Florida
Umuraperi Kodak Black yongeye kugongana nâamategeko aho uyu muhanzi yatawe muri yombi ku wa Gatanu afatiwe i Fort Lauderdale, muri Florida, nyuma yo gusanganwa ibinini byinshi bya oxycodone (bifatwa nk’ibiyobyabwenge) mu modoka igihe yari ahagaritswe na polisi ku muhanda. Uyu muraperi w’imyaka 25 yari atwaye Dodge Durango muri Fort Lauderdale ubwo abapolisi bamusabaga guparika ku […]
Ingabo za EAC zizoherezwa muri RDC zatangiye gusura ikibuga zizakoreraho
Kohereza ingabo zâakarere mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhiga inyeshyamba no kugarura amahoro bitangiye guharurirwa amayira. Kuva ku wa Gatanu, itariki 15 Nyakanga, itsinda ryâabasirikare bakuru ba EAC rirabarizwa mu Mujyi wa Bunia, umurwa mukuru wâintara ya Ituri, mu butumwa bwâiperereza mbere yo kohereza ingabo nyirizina. Izo ntumwa zirangajwe imbere na General […]
U Rwanda na Maroc byasinyanye amasezerano yâubufatanye mu bijyanye no kurinda amakuru
Komisiyo yâigihugu ishinzwe kugenzura uko amakuru yâumuntu ku giti cye arindwa muri Maroc (CNDP) kuri uyu wa Kane i Rabat, yasinyanye nâikigo cyâigihugu gishinzwe umutekano wa interineti mu Rwanda (NCSA), amasezerano yâubwumvikane hari na Ambasaderi wâu Rwanda muri Maroc, Zaina Nyiramatama. Perezida wa CNDP, Omar Seghrouchni na Perezida wa NCSA, Colonel David Kanamugire, bavuga ko […]
Pfizer forme des mĂ©decins rwandais sur les vaccins et l’utilisation des mĂ©dicaments
Le Rwanda a lancĂ© la mise en Ćuvre d’un accord avec la sociĂ©tĂ© pharmaceutique mondiale, Pfizer, pour fournir tous ses mĂ©dicaments et vaccins disponibles sur une base non lucrative. L’accord prĂ©voit la formation de professionnels de la santĂ© des pays signataires du monde entier. L’accord a Ă©tĂ© signĂ© entre Pfizer et 42 pays, et le […]
Uwafunzwe imyaka 20 arengana azira iyicwa rya Malcolm X arishyuza New York miliyoni 40$
Umugabo wagizwe umwere nyuma yo kumara imyaka 20 muri gereza muri Amerika azira iyicwa ryâimpirimbanyi yâuburenganzira bwâAbirabura, Malcolm X, mu 1965, akurikiranye Umujyi wa New Yorkawushinja kugira uruhare mu kurenganywa. Kuri uyu wa Kane ushize, abunganira Muhammad Aziz batanze ikirego kirega umujyi mu rukiko, basaba nibura indishyi zingana na miliyoni 40 z’amadolari nkâuko tubikesha The […]
Umwongereza wari ufungiwe muri Donetsk yapfiriye muri gereza
Umwenegihugu wâu Bwongereza, Paul Urey, wari wasuzumwe indwara zidakira kandi akaba yari afite ibibazo byâumuhangayiko, yapfiriye aho yari afungiwe muri Repubulika ya Rubanda ya Donetsk (DPR) (yiyomoye kuri Ukraine) ku Cyumweru gishize, nk’uko Umuvunyi Mukuru, Darya Morozova, yabitangaje kuri uyu wa Gatanu. Uyu muyobozi avuga ko Urey yarwaniraga Ukraine nk ‘âumucanshuroâ mbere yo gufatwa n’ingabo […]
RDC: PPRD iravuga ko amatora ya 2023 nataba izabifata nko gushoza intambara
Ishyaka rya rubanda riharanira kongera kwiyubaka na demokarasi (PPRD) ryâuwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, ryatangaje ko igikorwa cyose cyo kugerageza kwigiza inyuma amatora ateganyijwe mu mwaka utaha rizagifata nko gushoza intambara. Iri shyaka ribarizwa mu ihuriro FCC (Front Commun pour le Congo) rirakangisha gushyira mu bikorwa ingingo ya 64 […]
Ufite amahirwe menshi yo gusimbura Boris Johnson ashyigikiye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatanu, uwahoze ari minisitiri wâimari wâu Bwongereza, Rishi Sunak, kuri ubu unaza imbere mu majwi mu bashaka kuba minisitiri wâintebe mushya, yashyigikiye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda ya Boris Johnson, avuga ko ari ngombwa mu rwego rwo guhagarika udutsiko twâabagizi ba nabi dushyira mu kaga ubuzima bwâabantu tubambutsa Umuyoboro wâu Bwongereza […]
U Bwongereza: Rishi Sunak ayoboye abahatanira kuba minisitiri w’intebe
Uwahoze ari minisitiri wâimari, Rishi Sunak, ari imbere yâabandi ba conservateurs bahatanira kuba minisitiri wâintebe wâu Bwongereza mu matora ya mbere yâabadepite ba Tory yo ku wa Gatatu, mu gihe abahatanaga bagabanyutse bakagera kuri batandatu nyuma yo gukurwa mu irushanwa kwâabakandida babiri. Mu cyumweru gishize, Sunak weguye ku mwanya wa minisitiri wâimari, ndetse bikaba intangiriro […]
U Burusiya burashinjwa iterabwoba ryeruye nyuma yâigitero cya misile cyahitanye 23 barimo abana
Misile z’u Burusiya zarashwe mu Mujyi wa Vinnytsia rwagati muri Ukraine, zihitana byibuze abantu 23, barimo abana batatu, mu cyo Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yise âigikorwa cy’iterabwoba ryeruyeâ. Iki gitero cya saa sita zâamanywa kuri uyu wa Kane ku mujyi uri mu birometero amagana uvuye aho urugamba rubera kandi kure yâahabera ibitero byâingabo zâu […]
USA: Abanyekongo babiri bari bakurikiranwe nâubutabera bemeye icyaha
Abanyekongo babiri bafatiwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mbere yo gushyikirizwa ubutabera bashinjwa ubucuruzi butemewe bwâamahembe yâinzovu nâinkura zâumweru bayakura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bayajyana muri Seattle, kuri uyu wa Kabiri ushize bemeye icyaha nkâuko byatangajwe nâUbutabera bwa Amerika. Herdade Lokua, wâimyaka 34, na Jospin Mujangi, wâimyaka 32, bavuka i Kinshasa, muri […]
Le Rwanda nommé parmi les meilleures destinations du magazine TIME
Un magazine d’information amĂ©ricain de premier plan, TIME, a nommĂ© le Rwanda parmi les 50 premiĂšres destinations mondiales pour l’annĂ©e 2022. Pour compiler la liste, TIME a sollicitĂ© des nominations de lieux auprĂšs de son rĂ©seau international de correspondants et de contributeurs, “avec un Ćil sur ceux qui offrent des expĂ©riences nouvelles et passionnantes”. Kigali […]
Uwari Perezida wa Sri Lanka yavuye muri Maldives aho yari yahungiye ajya muri Singapore
Amakuru agera kuri BBC aravuga ko Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa, yavuye aho yari yahungiye muri Maldives mu ndege yo muri Arabia Sawudite yerekeza muri Singapore. Perezida yari yarahungiye muri Malidive uwa Kabiri nyuma yâimyigaragambyo ikaze âabaturage yamuhatiye guhunga ingoro ye. Ntibiramenyekana niba Rajapaksa azaguma muri Singapore cyangwa niba azahaguma byâigihe gito. Mbere yo […]
Priti Patel mu mazi abira nyuma yo kutitaba abadepite ngo asobanure ibyo kohereza abimukira mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâUmutekano wâu Bwongereza, Priti Patel, yanenzwe cyane nyuma yo kwanga kwitaba abadepite ngo atange ibisobanuro kuri gahunda ikomeje kutavugwaho rumwe yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu. Patel kandi yagombaga gusobanura impamvu zo gutinda kwa pasiporo ndetse no kunanirwa kwa Polisi , avuga ko kutitaba kwe kwatewe nâimpinduka […]
Gambia: Urukiko rwakatiye igihano cyâurupfu 5 bakoreraga urwego rwâubutasi kubwa Jammeh
Urukiko rwo muri Gambia kuri uyu wa Gatatu rwahanishije igihano cyâurupfu abantu batanu bahoze bakorera urwego rwâubutasi bazira iyicwa ryâimpirimbanyi muri politiki yishwe mu gihe cyâubutegetsi bwa Yahya Jammeh. Umucamanza wo mu Rukiko Rukuru, Kumba Sillah-Camara, niwe wasomye igiano cyahawe uwahoze akuriye Urwego rwâIgihugu rwâUbutasi (NIA), Yankuba Badjie, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica Ebrima […]
Uganda: Hari impungenge ko urubyiruko rwo mu Karere ka Kisoro rushobora gushirira muri M23
Urubyiruko rwo muri Uganda rutuye mu bice byakiriye impunzi zâAbanyekongo mu Karere ka Kisoro biravugwa ko rukomeje kwegerwa nâabarwanyi bo mu mutwe wa M23 baturuka mu burasirazuba bwa Congo bashaka kurujyana kuwufasha mu ntambara. Umuyobozi mu karere ka Kisoro, Hajji Shaffiq Sekandi, yahishuye ibi avuga ko ari amakuru yâubutasi aheruka kubageraho. Sekandi avuga ko amakuru […]
Ukraine yahise icana umubano na Koreya ya Ruguru kubera Donetsk na Luhansk
Igihugu cya Ukraine cyahagaritse umubano cyari gifitanye na Koreya ya Ruguru nyuma yâaho yemeye ubwigenge bw’uturere tubiri, Donetsk na Luhansk twiyise repubulika tukitandukanya na Ukraine. Icyemezo cya Kyiv cyo gucana umubano na Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatatu ushize, cyaje nyuma yâuko Pyongyang yemeye ubwigenge bwâintara ebyiri za Ukraine zo mu burasirazuba ziyise repubulika […]
Perezida Biden yageze muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati
Joe Biden, yageze i Tel Aviv muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Biden yagombaga kuvuga ijambo rigufi kuri uyu wa Gatatu mu birori byo kumwakira, mbere yo guhabwa amakuru nâabashinzwe umutekano muri Israel ku bijyanye na sisitemu y’ubwirinzi bwa misile ya Iron […]
London: Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza mu Kwakira
Indege ya mbere izohereza abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza nibura mu Kwakira, nyuma yâuko Urukiko Rukuru rwimuriye isuzuma ryo kureba ko bizaba byubahirije amategeko mu kwezi kwa cyenda. Ku wa Mbere ushize, abacamanza bemeye icyifuzo cyo kwimurira muri Nzeri isuzuma ngo hamenyekane niba gahunda yo kwimura abimukira hagati ya Guverinoma yâu Bwongereza nâiyâu Rwanda […]
Léon Kengo wa Dondo wabaye Perezida wa Sena ya RDC yaba afungiwe mu rugo rwe i Buruseli
Nkâuko amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mediacongo.net avuga, LĂ©on Kengo wa Dondo wigeze kuba perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuva mu 2007 kugeza 2019, yaba afungiwe iwe mu rugo aho atuye kuri Avenue Dreve-pitoresque muri Uccle, kamwe mu turere twiyubashye i Buruseli mu Bubiligi. Muri iyi “gereza” yâumuryango, ngo yaba ari […]
RDC: Abanyamategeko bunganira Francois Beya bikuye mu rubanza
Abanyamategeko bunganira Francois Beya wahoze ari umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi bivanye mu rubanza bashinja abacamanza. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Nyakanga, abunganira Francois Beya bikuye mu rubanza bavuga ko urukiko rudatanga icyizere cyo guca urubanza rutabogamye. Nyuma yâaho aba banyamategeko bikuye mu rubanza nkâuko tubikesha Radio Okapi, Urukiko Rukuru rwasubitse […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko zishe umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Syria
Kuri uyu wa Kabiri, Amerika yatangaje ko yishe umuyobozi wâumutwe wa Leta ya Kisilamu muri Syria mu gitero cyâindege zitagira abadereva mu majyaruguru yâiburengerazuba bwâigihugu. Umuyobozi mukuru wa Pentagon, yatangaje ko Maher Al-Agal wagaragajwe nk ‘”umwe mu bayobozi batanu bakomeye” ba Islamic State, yishwe ubwo yari atwaye moto hafi yâumujyi wa Jandairis kandi umujyanama we […]
Cote dâIvoire irasaba Mali guhita irekura abasirikare bayo yafashe nkâabacanshuro
Kuri uyu wa Kabiri, Cote d’Ivoire yasabye irekurwa ryâabasirikare bayo 49 bafatiwe muri Mali, iki kikaba ari ikintu gishobora guteza amakimbirane hagati yâabategetsi ba gisirikare ba Mali ndetse nâabâibindi bihugu byo muri Afurika yâiburengerazuba mu gihe hafatwa ingamba zo guhashya inyeshyamba zâabayisilamu no kugarura ubutegetsi bwa demokarasi. Ku cyumweru, abasirikare ba Cote d’Ivoire batawe muri […]
Nyuma yâurubanza rwa Bucyibaruta barasaba ko dosiye ya Padiri Munyeshyaka yongera gufungurwa
Nyuma yâurubanza rwa Laurent Bucyibaruta wari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi agakatirwa imyaka 20 yâigifungo nâurukiko rwo mu Bufaransa, abarokotse barasaba ubucamanza bwâu Bufaransa kongera gufungura dosiye ya Wenceslas Munyeshyaka wahoze ari umupadiri gatolika mu Rwanda. Urubanza rwa Munyeshyaka, mu 1994 wari umupadiri muri Kiliziya Gatolika ya St Famille i Kigali, nâurwa Bucyibaruta mu […]
La justice française condamne Bucyibaruta à 20 ans de prison pour génocide
Un tribunal français a emprisonnĂ© mardi un ancien haut responsable rwandais pendant 20 ans aprĂšs l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le gĂ©nocide de la nation africaine. Laurent Bucyibaruta est le plus haut gradĂ© rwandais Ă avoir Ă©tĂ© jugĂ© en France pour les massacres de 1994 au cours desquels plus d’un million de personnes ont […]