Paris: Ubucamanza bwahagaritse gukurikirana Umunyarwanda Nyombayire ushinjwa uruhare muri jenoside

Umucamanza w’iperereza w’i Paris yahagaritse gukurikirana Umunyarwanda VĂ©nuste Nyombayire, washinjwaga ubwicanyi mu kigo cy’imfubyi yari ayayoboye mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nk’uko AFP yabitangaje kuri uyu wa Kane nyuma y’amakuru yahawe n’abegereye iyi dosiye. Amakuru aturuka mu bucamanza avuga ko icyemezo cyo guhagarika gukuikirana Nyombayire cyatanzwe ku ya 9 Kamena, ariko gitangazwa […]

Rubavu: Abana babiri b’Abanyekongo bari bamaze iminsi bafungiwe mu Rwanda barekuwe

Abana babiri b’Abanyekongo b’imyaka 15 na 16 bafatiwe ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku Cyumweru gishize bagafungirwa ku Gisenyi nk’uko duherutse kubibagezaho mu nkuru yacu iheruka, biravugwa ko bamaze kurekurwa bagasubira iwabo. Amakuru dukesha Radio Okapi aravuga ko abo bana barekuwe kuri uyu wa Gatatu ushize neza tukimara kubagezaho inkuru […]

Uganda: Abadepite banenze igikorwa cyo kongeza umushahara abasirikare bakuru gusa

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yasobanuye izamurwa ry’imishahara iherutse kwemezwa ku basirikare bakuru ba Uganda (UPDF) nk’ “ivangura”, kandi ko ari ikintu gishobora guhungabanya ubumwe bw’ingabo n’umutekano w’igihugu. Mu cyumweru gishize, Daily Monitor yatangaje inkuru y’uko umushahara uteganijwe kuzamuka, aho umushahara wa buri kwezi n’inyungu z’izabukuru z’abasirikare bakuru ba UPDF bizikuba inshuro zirenga ebyiri, mu […]

Le chef de DCI, George Kinoti, conclut une tournée de sécurité de 3 jours au Rwanda

Le directeur de la Direction des enquĂȘtes criminelles au Kenya (DCI) , George Kinoti, a appelĂ© Ă  une plus grande collaboration entre les pays africains dans la lutte contre la criminalitĂ© transnationale organisĂ©e. S’exprimant aprĂšs avoir conclu sa visite de trois jours liĂ©e Ă  la sĂ©curitĂ© au Rwanda, Kinoti a dĂ©clarĂ© que le Kenya et […]

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko ihuriro riri ku butegetsi rimaze gusenyuka. Ibiro bya perezida bivuga ko guverinoma ya Draghi izakomeza kwita ku bibazo by’igihugu kugeza hashyizweho indi nshya. Draghi yabonanye na Perezida Sergio Mattarella kugira ngo amushyikirize ubwegure bwe. Ibiro byatangaje nyuma y’inama, ko […]

Rulindo: Umugabo w’imyaka 35 arashinjwa gufata ku ngufu umukecuru wari umwugamishije

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, mu mpera z’icyumweru gishize rwagejeje imbere y’Urukiko umugabo w’imyaka 35 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, bumukurikiranyeho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukecuru w’imyaka 58 y’amavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyo cyaha yagikoze ku itariki ya 24 Werurwe […]

Ibihugu byo mu Burayi bifite imyenda myinshi kurusha ibindi

Ibihugu bitatu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi biracyafite umwenda rusange uri hejuru ya 120% by’Umusaruro mbumbe wabyo (GDP), aho u Bugereki bufite umubare munini w’imyenda mu bihugu by’u Burayi ungana na 193.3% bya GDP, imbere y’u Butaliyani (150.8%) na Portugal (127.4%). Ariko kandi muri ibi bihugu niho iterambere mu mwaka wa 2021 rigaragara […]

CIA iravuga ko nta makuru ifite yemeza ko Putin arwaye ahubwo ameze neza cyane

Umuyobozi w’Ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, yavuze ko nta makuru bafite yemeza ko Perezida Vladimir Putin arwaye cyangwa afite ubuzima bubi. Ibitangazamakuru byakomeje gukwirakwiza amakuru ataremezwa neza y’uko Putin uzuzuza imyaka 70 muri uyu mwaka, ubuzima bwe bushobora kuba butifashe neza ndetse ngo yaba anarwaye cancer. Umuyobozi wa CIA, William Burns, ariko, yavuze ko nta kimenyetso […]

Musanze: Umusaza w’imyaka 72 yahamijwe gufata ku ngufu ufite uburwayi bwo mu mutwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze ku cyumweru rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umusaza w’imyaka 72 icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku italiki 10 Gashyantare 2022 mu ma saa cyenda z’amanywa, gikorewe mu Mudugudu wa Buhama, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Rwaza […]

Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye bahatanira kuzavamo Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza

Abakandida babiri basigaye mu irushanwa ry’ubuyobozi bw’ishyaka ry’Aba-Conservateurs barimo gutegura ibibuga byabo ku bagize ishyaka bazahitamo uzasimbura Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza. Kuri uyu wa Gatatu, Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye mu irushanwa nyuma y’amatora y’abadepite y’uyu munsi. Sunak yandika mu kinyamakuru Daily Telegraph, yavuze ko azashyiraho […]

Le Rwanda et l’Autriche signent un accord sur les services aĂ©riens

Le Rwanda et l’Autriche ont signĂ© un accord qui verra les deux pays ouvrir le ciel pour les compagnies aĂ©riennes commerciales de l’autre, Ă©galement connu sous le nom d’accords bilatĂ©raux sur les services aĂ©riens en termes d’aviation. L’accord a Ă©tĂ© signĂ© mardi aprĂšs-midi entre le ministre des Infrastructures, Ernest Nsabimana et l’ambassadeur d’Autriche au Kenya […]

Sri Lanka: Uwari minisitiri w’intebe abaturage batwikiye inzu niwe abadepite bagize perezida

Abadepite bo muri Sri Lanka batoye Minisitiri w’Intebe, Ranil Wickremesinghe, nka perezida mushya w’igihugu, nubwo adakunzwe n’abaturage. Wickremesinghe ahanganye n’inshingano zo kuyobora igihugu mu ihungabana ry’ubukungu no kugarura umutekano rusange nyuma y’amezi y’imyigaragambyo ikomeye y’abaturage. Yatsinze byimazeyo uwo bari bahanganye cyane kuri uwo manya, Dullus Alahapperuma, ku majwi 134 kuri 82 mu matora y’abadepite nk’uko […]

Huye: Urubanza rwa Munyenyezi rwatangiye mu mizi ashinja abatangabuhamya kuvuguruzanya

Urubanza rwa Beatrice Munyenyezi woherejwe mu Rwanda avanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangiye kuburanishwa mu mizi mu Rukiko Rwisumbuye rwa Huye, aho ubushinjacyaha bumurega ibyaha bitanu bya jenoside no gufata abagore ku gahato ahakana yivuye inyuma. Mu kwezi kwa Gatanu mu mwaka wa 2021 ni bwo igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Nigeria: Umupadiri wari washimuswe yasanzwe yishwe undi aratoroka

Umupadiri gatolika wo muri Nigeria wari umaze iminsi washimuswe mu cyumweru gishize, kuri uyu wa Kabiri basanze yarishwe mu gihe mugenzi we yashoboye gutoroka abamushimuse muri Leta ya Kaduna yo mu majyaruguru. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ba Padiri John Mark Cheitnum na Donatus Cleophas bafatiwe mu mujyi wa Lere ubwo bari bitabiriye ibirori bya […]

Nyarugenge: Batatu barezwe kwicwa umugore w’umwe muri bo bamunigishije umukandara w’abakarateka

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 18 Nyakanga 2022 Ubushinjacyaha urwego rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko ku ifungwa ry’agateganyo abagabo batatu bakurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake. Abaregwa uko ari batatu, ngo bacuze umugambi wo kwica umugore w’umwe muri abo bagabo babanaga batarasezeranye, uwo mugabo akaba yarifashishije bagenzi be ngo bamufashe kwica umugore we. Ubushinjacyaha […]

Huye: Uwari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Nyakanga 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo uwitwa Ndayisaba FidĂšle icyaha cyo kwica umugore babanaga abishaka, rumuhamya icyaha maze rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko urukiko rwamuhanishije icyo gifungo kubera ko n’ubwo yemeye icyaha kuva yafatwa kugeza aburana mu […]

DĂ©but du cours d’inspection de la qualitĂ© des aliments et des mĂ©dicaments Ă  Kacyiru

Un cours de cinq jours sur l’inspection de la qualitĂ© des aliments et des mĂ©dicaments a dĂ©butĂ© le lundi 18 juillet au quartier gĂ©nĂ©ral de la Police nationale du Rwanda (RNP) Ă  Kacyiru, rĂ©unissant 30 participants de diffĂ©rentes institutions. Les stagiaires comprennent des officiers de police, des enquĂȘteurs du RIB ainsi que ceux de l’AutoritĂ© […]

U Bwongereza burahura n’ubushyuhe bukabije butigeze bugira

U Bwongereza kuri uyu wa Kabiri bwahuye n’umunsi ushyushye cyane kurusha ibindi bihe, aho byitezwe ko buza kugera kuri degree celsius 42 (107.6F). Ku wa Mbere, ubushyuhe buri hejuru ya 38.1C bwageze i Suffolk, munsi gato y’ubushyuhe bwa 38.7C u Bwongereza bwagezeho muri 2019. Pays de Galles na yo yagize umunsi ushyushe cyane itigeze ibona, […]

Espagne: Urukiko rwategetse ko umurambo wa Dos Santos ukorerwa ibindi bizamini

Ibyavuye mu bizamini by’ibanze byo kwa muganga byerekana ko urupfu rw’uwahoze ari perezida wa Angola, Jose Eduardo dos Santos, rwatewe n’impamvu zisanzwe, nk’uko urukiko rwo muri Espagne rwabitangaje kuri uyu wa Mbere ushize ubwo rwategekaga ko hakorwa ibindi bizamini. Ni nyuma y’ibyumweru bibiri bishize Dos Santos apfiriye mu bitaro by’i Barcelona ku myaka 79 nk’uko […]

London: Rishi Sunak uvuka ku Munyakenya n’Umutanzaniya akomeje kuza imbere mu bahatanira kuba minisitiri w’intebe

Kuri uyu wa Mbere, ushize uwahoze ari minisitiri w’imari w’u Bwongereza yakomeje kuyobora abahatanira kuzaba minisitiri w’intebe w’u Bwongereza mushya mu gihe undi mu bo bari bahanganye yakuwe mu irushanwa. Rishi Sunak niwe waje imbere mu matora ya gatatu y’abadepite kugira ngo bamenye ugomba kuba umuyobozi wa Tory (Ishyaka ry’aba-conservateurs), nyuma y’aho Tom Tugendhat bahatanaga […]

Vuba u Rwanda ruraba rufite uruganda ruzajya rutunganya toni 100,000 z’ifumbire ku mwaka

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Gerardine Mukeshimana, yatangaje ko uruganda rwa miliyoni 38 z’amadolari y’Amerika (hafi miliyari 39 z’amafaranga y’u Rwanda) rufite ubushobozi bwo gukora buri mwaka toni 100.000 z’ifumbire, rwubakwa mu Karere ka Bugesera, biteganijwe ko ruzuzura muri Gicurasi 2023. Uyu mushinga ni umushinga uhuriweho n’isosiyete ikora ifumbire mvaruganda yo mu Rwanda (RFC), uruganda rukora ifumbire […]

Igihugu cya Iran kiremeza ko ubu gifite ubushobozi bwo gukora igisasu cya kirimbuzi

Igihugu cya Iran ubu gifite ubushobozi bwo gukora igisasu cya kirimbuzi ariko ntikirafata umwanzuro wo kucyubaka, nk’uko umujyanama mukuru w’umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yabitangarije al Jazeera kuri iki Cyumweru. Kamal Kharrazi yabivuze nyuma y’umunsi umwe Perezida wa Amerika Joe Biden arangije urugendo rwe rw’iminsi ine muri Israel na Arabia Sawudite, aho yiyemeza […]

Les examens de fin d’Ă©tudes primaires ont dĂ©butĂ©

Les examens de fin d’Ă©tudes primaires (PLE) ont dĂ©butĂ© aujourd’hui le 18 juillet et devraient se poursuivre jusqu’au 20 juillet, selon l’AutoritĂ© nationale des examens et de l’inspection scolaire (NESA). Au total, 229,859 Ă©tudiants devraient passer le PLE pour l’annĂ©e academique 2021-2022. S’adressant au New Times, le directeur gĂ©nĂ©ral de la NESA, Bernard Bahati, a […]

Indege ya Jubba Airways yakoze impanuka iribirandura igwa igaramye

_125951589_whatsappimage2022-07-18at10.39.55.jpg

Indege yakoze impanuka iribirandura ubwo yagwaga ku kibuga cy’indege ku murwa mukuru wa Somalia ariko kubw’amahirwe mu bantu basaga 30 bari mu ndege nta wagize icyo aba. Amashusho atangaje yafotowe n’abari hafi y’ikibuga cy’indege cya Mogadishu yerekana umwotsi mwinshi w’umukara uzamuka nyuma y’impanuka. Abashinzwe kuzimya umuriro babashije kuzimya umuriro ndetse amashusho yahafatiwe yerekana indege, Fokker […]

Ingabo z’u Burusiya ziri muri Ukraine zahawe intego nyamukuru zigomba kwibandaho

Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya, Sergey Shoigu, yabwiye abayobozi b’ingabo kugira intwaro zirasa mu ntera ndende za Kiev intego yabo y’ibanze. Iri tegeko ryaje ubwo yagenzuraga ingabo ziri mu ‘burasirazuba’ bwa Ukraine. Minisiteri y’Ingabo yatangaje kuri uyu wa Mbere ko Shoigu yatanze amabwiriza yo gushyira imbere kurasa misile n’imbunda za rutura bya Ukraine , kubera ko […]

Nta cyerekana ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda bizahagarika kwambuka imiyoboro iteza akaga – Abadepite

Itsinda ry’abadepite mu Bwongereza ryatangaje ko “nta kimenyetso gifatika” cyerekana ko gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda izahagarika kwambuka imiyoboro ishobora guteza akaga. Muri Mata, u Bwongereza bwavuze ko abantu bamwe bahagera mu bwato buto bava mu Bufaransa bazoherezwa gusaba ubuhungiro bari mu Rwanda, mu rwego rwa politiki igamije guhagarika izo ngendo. […]

Zambia yirukanye Umushinwa ukurikiranweho ibyaha by’ivanguramoko muri Malawi

Leta ya Zambia kirukanye ku butaka bwacyo Umushinwa ukora amafirime imusubiza mu gihugu cy’abaturanyi cya Malawi aho akurikiranweho ibyaha bijyanye n’ivanguramoko no gukoresha abana. Lu Ke yari atuye muri Malawi ubwo yagaragazwaga na BBC Africa Eye, ivuga ko yakoresheje abana baho mu gufata amashusho y’indamutso yihariye, amwe muri yo akubiyemo ibintu bishingiye ku ivangura. Ayo […]

Perezida Zelensky yirukanye umuyobozi w’urwego rw’umutekano n’umushinjacyaha mukuru kubera ubugambanyi

Perezida Volodymyr Zelensky yirukanye umuyobozi w’urwego rw’umutekano wa Ukraine (SBU) n’umushinjacyaha mukuru, avuga ko hari ibibazo byinshi by’ubugambanyi byo gukorana n’u Burusiya muri iyo nzego zombi zikomeye. Yavuze ko abahoze ari abakozi barenga 60 ubu barimo kurwanya Ukraine mu turere twigaruriwe n’u Burusiya. Yongeyeho ko dosiye zigera kuri 651 z’imikoranire n’ubugambanyi ku bayobozi bashinzwe gutuma […]

Guinea: Col Doumbouya yashyizeho undi minisitiri w’intebe w’agateganyo

Perezida w’inzibacyuho wa Repubulika ya Guinea, Col. Mamadi Doumbouya yashyizeho Bernard Goumou nka Minisitiri w’intebe w’agateganyo mu gihe Minisitiri w’intebe w’agateganyo wari usanzweho, Mohamed Beavogui, adahari. Dr. Bernanrd Goumou azakomeza iyi nshingano hamwe n’inshingano ze nka Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda nto n’iziciriritse. Iri shyirwaho ryaje kubera ko Minisitiri w’intebe adahari. Ku wa gatandatu nimugoroba, Mohamed Beavogui […]

Irlande iravuga ko gahunda y’u Rwanda n’u Bwongereza yongereye abahasaba ubuhungiro

Minisitiri mu gihugu cya Irlande yashyigikiye ibyo guverinoma ivuga ko politiki y’u Rwanda n’u Bwongereza, yo kohereza abasahaba ubuhungiro muri Afurika, yatumye umubare w’abasaba ubuhungiro bajya muri Repubulika ya Ireland wiyongera. Bije nyuma y’aho Minisitiri w’Intebe, MicheĂĄl Martin, atangarije ko gahunda y’u Rwanda n’u Bwongereza ishobora kuba yarateje kwiyongera kw’abasaba gukingirwa mpuzamahanga muri Repubulika ya […]

Kabarondo: Umugabo arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umuhungu

Umugabo w’imyaka 38 wo mu Kagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, haravugwa arakekwaho guhohotera umwana w’umuhungu bari bajyanye kuvoma bavuyeyo bageze mu ishyamba amukubita umutego yitura hasi atangira kumusambanya ku ngufu. Ni icyaha bivugwa ko uyu mugabo akekwaho gukorera umwana w’umuhungu w’imyaka 13 kuwa Gatanu itariki 15 Nyakanga 2022. Ubuyobozi […]

Jackie Chan ari gukorera filimi irata ubutwari bw’u Bushinwa ahahoze ari indiri ya Islamic State

f73624717425e706b608d97f136adec797ded57b.jpg

Umujyi wa Hajar al-Aswad wari indiri ya Islamic State wahindutse amatongo kuva mu 2018 haba ibikorwa bya gisirikare byo kwirukanamo intagondwa z’Abayisilamu hafi y’umurwa mukuru wa Syria, wongeye kugarukana ubuzima nyuma y’aho Jackie Chan atangiye kuhatunganyiriza filimi ya action. “Operation Home” ni filimi ishingiye ku gikorwa u Bushinwa bwakoze mu 2015 bukura abaturage babwo n’abandi […]

Inyeshyamba zo muri Tchad zahagaritse ibiganiro zagiranaga na leta y’inzibacyuho

Kuri uyu wa Gatandatu, inyeshyamba zo muri Tchad zavuze ko zihagaritse uruhare rwazo mu biganiro na guverinoma y’inzibayuho, intambwe yateye gushidikanya ku ruhare bazagira mu mushyikirano uteganyijwe muri Kanama ugamije kuba intangiriro y’itegura ry’amatora amaze igihe ategerejwe. Ibiganiro byubaka amahoro byabereye muri Qatar hamwe n’abategetsi b’inzibacyuho ba Tchad byari bigamije kugabanya amakimbirane nyuma y’uko perezida […]

Umuraperi Kodak Black yatawe muri yombi na Polisi ya Florida

Umuraperi Kodak Black yongeye kugongana n’amategeko aho uyu muhanzi yatawe muri yombi ku wa Gatanu afatiwe i Fort Lauderdale, muri Florida, nyuma yo gusanganwa ibinini byinshi bya oxycodone (bifatwa nk’ibiyobyabwenge) mu modoka igihe yari ahagaritswe na polisi ku muhanda. Uyu muraperi w’imyaka 25 yari atwaye Dodge Durango muri Fort Lauderdale ubwo abapolisi bamusabaga guparika ku […]

Ingabo za EAC zizoherezwa muri RDC zatangiye gusura ikibuga zizakoreraho

Kohereza ingabo z’akarere mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhiga inyeshyamba no kugarura amahoro bitangiye guharurirwa amayira. Kuva ku wa Gatanu, itariki 15 Nyakanga, itsinda ry’abasirikare bakuru ba EAC rirabarizwa mu Mujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’intara ya Ituri, mu butumwa bw’iperereza mbere yo kohereza ingabo nyirizina. Izo ntumwa zirangajwe imbere na General […]

U Rwanda na Maroc byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no kurinda amakuru

Komisiyo y’igihugu ishinzwe kugenzura uko amakuru y’umuntu ku giti cye arindwa muri Maroc (CNDP) kuri uyu wa Kane i Rabat, yasinyanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutekano wa interineti mu Rwanda (NCSA), amasezerano y’ubwumvikane hari na Ambasaderi w’u Rwanda muri Maroc, Zaina Nyiramatama. Perezida wa CNDP, Omar Seghrouchni na Perezida wa NCSA, Colonel David Kanamugire, bavuga ko […]

Pfizer forme des mĂ©decins rwandais sur les vaccins et l’utilisation des mĂ©dicaments

Le Rwanda a lancĂ© la mise en Ɠuvre d’un accord avec la sociĂ©tĂ© pharmaceutique mondiale, Pfizer, pour fournir tous ses mĂ©dicaments et vaccins disponibles sur une base non lucrative. L’accord prĂ©voit la formation de professionnels de la santĂ© des pays signataires du monde entier. L’accord a Ă©tĂ© signĂ© entre Pfizer et 42 pays, et le […]

Uwafunzwe imyaka 20 arengana azira iyicwa rya Malcolm X arishyuza New York miliyoni 40$

Umugabo wagizwe umwere nyuma yo kumara imyaka 20 muri gereza muri Amerika azira iyicwa ry’impirimbanyi y’uburenganzira bw’Abirabura, Malcolm X, mu 1965, akurikiranye Umujyi wa New Yorkawushinja kugira uruhare mu kurenganywa. Kuri uyu wa Kane ushize, abunganira Muhammad Aziz batanze ikirego kirega umujyi mu rukiko, basaba nibura indishyi zingana na miliyoni 40 z’amadolari nk’uko tubikesha The […]

Umwongereza wari ufungiwe muri Donetsk yapfiriye muri gereza

Umwenegihugu w’u Bwongereza, Paul Urey, wari wasuzumwe indwara zidakira kandi akaba yari afite ibibazo by’umuhangayiko, yapfiriye aho yari afungiwe muri Repubulika ya Rubanda ya Donetsk (DPR) (yiyomoye kuri Ukraine) ku Cyumweru gishize, nk’uko Umuvunyi Mukuru, Darya Morozova, yabitangaje kuri uyu wa Gatanu. Uyu muyobozi avuga ko Urey yarwaniraga Ukraine nk ‘“umucanshuro” mbere yo gufatwa n’ingabo […]

RDC: PPRD iravuga ko amatora ya 2023 nataba izabifata nko gushoza intambara

Ishyaka rya rubanda riharanira kongera kwiyubaka na demokarasi (PPRD) ry’uwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, ryatangaje ko igikorwa cyose cyo kugerageza kwigiza inyuma amatora ateganyijwe mu mwaka utaha rizagifata nko gushoza intambara. Iri shyaka ribarizwa mu ihuriro FCC (Front Commun pour le Congo) rirakangisha gushyira mu bikorwa ingingo ya 64 […]

Ufite amahirwe menshi yo gusimbura Boris Johnson ashyigikiye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatanu, uwahoze ari minisitiri w’imari w’u Bwongereza, Rishi Sunak, kuri ubu unaza imbere mu majwi mu bashaka kuba minisitiri w’intebe mushya, yashyigikiye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda ya Boris Johnson, avuga ko ari ngombwa mu rwego rwo guhagarika udutsiko tw’abagizi ba nabi dushyira mu kaga ubuzima bw’abantu tubambutsa Umuyoboro w’u Bwongereza […]

U Bwongereza: Rishi Sunak ayoboye abahatanira kuba minisitiri w’intebe

Uwahoze ari minisitiri w’imari, Rishi Sunak, ari imbere y’abandi ba conservateurs bahatanira kuba minisitiri w’intebe w’u Bwongereza mu matora ya mbere y’abadepite ba Tory yo ku wa Gatatu, mu gihe abahatanaga bagabanyutse bakagera kuri batandatu nyuma yo gukurwa mu irushanwa kw’abakandida babiri. Mu cyumweru gishize, Sunak weguye ku mwanya wa minisitiri w’imari, ndetse bikaba intangiriro […]

U Burusiya burashinjwa iterabwoba ryeruye nyuma y’igitero cya misile cyahitanye 23 barimo abana

Misile z’u Burusiya zarashwe mu Mujyi wa Vinnytsia rwagati muri Ukraine, zihitana byibuze abantu 23, barimo abana batatu, mu cyo Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yise “igikorwa cy’iterabwoba ryeruye”. Iki gitero cya saa sita z’amanywa kuri uyu wa Kane ku mujyi uri mu birometero amagana uvuye aho urugamba rubera kandi kure y’ahabera ibitero by’ingabo z’u […]

USA: Abanyekongo babiri bari bakurikiranwe n’ubutabera bemeye icyaha

Abanyekongo babiri bafatiwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mbere yo gushyikirizwa ubutabera bashinjwa ubucuruzi butemewe bw’amahembe y’inzovu n’inkura z’umweru bayakura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bayajyana muri Seattle, kuri uyu wa Kabiri ushize bemeye icyaha nk’uko byatangajwe n’Ubutabera bwa Amerika. Herdade Lokua, w’imyaka 34, na Jospin Mujangi, w’imyaka 32, bavuka i Kinshasa, muri […]

Le Rwanda nommé parmi les meilleures destinations du magazine TIME

Un magazine d’information amĂ©ricain de premier plan, TIME, a nommĂ© le Rwanda parmi les 50 premiĂšres destinations mondiales pour l’annĂ©e 2022. Pour compiler la liste, TIME a sollicitĂ© des nominations de lieux auprĂšs de son rĂ©seau international de correspondants et de contributeurs, “avec un Ɠil sur ceux qui offrent des expĂ©riences nouvelles et passionnantes”. Kigali […]

Uwari Perezida wa Sri Lanka yavuye muri Maldives aho yari yahungiye ajya muri Singapore

Amakuru agera kuri BBC aravuga ko Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa, yavuye aho yari yahungiye muri Maldives mu ndege yo muri Arabia Sawudite yerekeza muri Singapore. Perezida yari yarahungiye muri Malidive uwa Kabiri nyuma y’imyigaragambyo ikaze ‘abaturage yamuhatiye guhunga ingoro ye. Ntibiramenyekana niba Rajapaksa azaguma muri Singapore cyangwa niba azahaguma by’igihe gito. Mbere yo […]

Priti Patel mu mazi abira nyuma yo kutitaba abadepite ngo asobanure ibyo kohereza abimukira mu Rwanda

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Umutekano w’u Bwongereza, Priti Patel, yanenzwe cyane nyuma yo kwanga kwitaba abadepite ngo atange ibisobanuro kuri gahunda ikomeje kutavugwaho rumwe yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu. Patel kandi yagombaga gusobanura impamvu zo gutinda kwa pasiporo ndetse no kunanirwa kwa Polisi , avuga ko kutitaba kwe kwatewe n’impinduka […]

Gambia: Urukiko rwakatiye igihano cy’urupfu 5 bakoreraga urwego rw’ubutasi kubwa Jammeh

Urukiko rwo muri Gambia kuri uyu wa Gatatu rwahanishije igihano cy’urupfu abantu batanu bahoze bakorera urwego rw’ubutasi bazira iyicwa ry’impirimbanyi muri politiki yishwe mu gihe cy’ubutegetsi bwa Yahya Jammeh. Umucamanza wo mu Rukiko Rukuru, Kumba Sillah-Camara, niwe wasomye igiano cyahawe uwahoze akuriye Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (NIA), Yankuba Badjie, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica Ebrima […]

Uganda: Hari impungenge ko urubyiruko rwo mu Karere ka Kisoro rushobora gushirira muri M23

Urubyiruko rwo muri Uganda rutuye mu bice byakiriye impunzi z’Abanyekongo mu Karere ka Kisoro biravugwa ko rukomeje kwegerwa n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23 baturuka mu burasirazuba bwa Congo bashaka kurujyana kuwufasha mu ntambara. Umuyobozi mu karere ka Kisoro, Hajji Shaffiq Sekandi, yahishuye ibi avuga ko ari amakuru y’ubutasi aheruka kubageraho. Sekandi avuga ko amakuru […]

Ukraine yahise icana umubano na Koreya ya Ruguru kubera Donetsk na Luhansk

Igihugu cya Ukraine cyahagaritse umubano cyari gifitanye na Koreya ya Ruguru nyuma y’aho yemeye ubwigenge bw’uturere tubiri, Donetsk na Luhansk twiyise repubulika tukitandukanya na Ukraine. Icyemezo cya Kyiv cyo gucana umubano na Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatatu ushize, cyaje nyuma y’uko Pyongyang yemeye ubwigenge bw’intara ebyiri za Ukraine zo mu burasirazuba ziyise repubulika […]

Perezida Biden yageze muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati

Joe Biden, yageze i Tel Aviv muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Biden yagombaga kuvuga ijambo rigufi kuri uyu wa Gatatu mu birori byo kumwakira, mbere yo guhabwa amakuru n’abashinzwe umutekano muri Israel ku bijyanye na sisitemu y’ubwirinzi bwa misile ya Iron […]

London: Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza mu Kwakira

Indege ya mbere izohereza abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza nibura mu Kwakira, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rwimuriye isuzuma ryo kureba ko bizaba byubahirije amategeko mu kwezi kwa cyenda. Ku wa Mbere ushize, abacamanza bemeye icyifuzo cyo kwimurira muri Nzeri isuzuma ngo hamenyekane niba gahunda yo kwimura abimukira hagati ya Guverinoma y’u Bwongereza n’iy’u Rwanda […]

Léon Kengo wa Dondo wabaye Perezida wa Sena ya RDC yaba afungiwe mu rugo rwe i Buruseli

Nk’uko amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mediacongo.net avuga, LĂ©on Kengo wa Dondo wigeze kuba perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuva mu 2007 kugeza 2019, yaba afungiwe iwe mu rugo aho atuye kuri Avenue Dreve-pitoresque muri Uccle, kamwe mu turere twiyubashye i Buruseli mu Bubiligi. Muri iyi “gereza” y’umuryango, ngo yaba ari […]

RDC: Abanyamategeko bunganira Francois Beya bikuye mu rubanza

Abanyamategeko bunganira Francois Beya wahoze ari umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi bivanye mu rubanza bashinja abacamanza. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Nyakanga, abunganira Francois Beya bikuye mu rubanza bavuga ko urukiko rudatanga icyizere cyo guca urubanza rutabogamye. Nyuma y’aho aba banyamategeko bikuye mu rubanza nk’uko tubikesha Radio Okapi, Urukiko Rukuru rwasubitse […]

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko zishe umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Syria

Kuri uyu wa Kabiri, Amerika yatangaje ko yishe umuyobozi w’umutwe wa Leta ya Kisilamu muri Syria mu gitero cy’indege zitagira abadereva mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’igihugu. Umuyobozi mukuru wa Pentagon, yatangaje ko Maher Al-Agal wagaragajwe nk ‘”umwe mu bayobozi batanu bakomeye” ba Islamic State, yishwe ubwo yari atwaye moto hafi y’umujyi wa Jandairis kandi umujyanama we […]

Cote d’Ivoire irasaba Mali guhita irekura abasirikare bayo yafashe nk’abacanshuro

Kuri uyu wa Kabiri, Cote d’Ivoire yasabye irekurwa ry’abasirikare bayo 49 bafatiwe muri Mali, iki kikaba ari ikintu gishobora guteza amakimbirane hagati y’abategetsi ba gisirikare ba Mali ndetse n’ab’ibindi bihugu byo muri Afurika y’iburengerazuba mu gihe hafatwa ingamba zo guhashya inyeshyamba z’abayisilamu no kugarura ubutegetsi bwa demokarasi. Ku cyumweru, abasirikare ba Cote d’Ivoire batawe muri […]

Nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta barasaba ko dosiye ya Padiri Munyeshyaka yongera gufungurwa

Nyuma y’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi agakatirwa imyaka 20 y’igifungo n’urukiko rwo mu Bufaransa, abarokotse barasaba ubucamanza bw’u Bufaransa kongera gufungura dosiye ya Wenceslas Munyeshyaka wahoze ari umupadiri gatolika mu Rwanda. Urubanza rwa Munyeshyaka, mu 1994 wari umupadiri muri Kiliziya Gatolika ya St Famille i Kigali, n’urwa Bucyibaruta mu […]

La justice française condamne Bucyibaruta à 20 ans de prison pour génocide

Un tribunal français a emprisonnĂ© mardi un ancien haut responsable rwandais pendant 20 ans aprĂšs l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le gĂ©nocide de la nation africaine. Laurent Bucyibaruta est le plus haut gradĂ© rwandais Ă  avoir Ă©tĂ© jugĂ© en France pour les massacres de 1994 au cours desquels plus d’un million de personnes ont […]