Cinquième recensement national utilisera plus d’outils numĂ©riques
L’Institut national de la statistique du Rwanda (NISR) a dĂ©clarĂ© que le recensement gĂ©nĂ©ral prĂ©vu pour aoĂ»t de cette annĂ©e englobera l’utilisation accrue de la technologie dans toutes ses opĂ©rations, un dĂ©veloppement qui devrait faire gagner du temps entre autres avantages. Selon Venant Habarugira, le directeur du dĂ©partement du recensement au NISR, les questionnaires papier […]
RURA yaburiye abakomeje kuzamura ibiciro bya gaze yo gutekesha
Ikigo cy’igihugu ngenzuramikorere (RURA) cyatangaje ko itsinda ry’abagenzuzi boherejwe hirya no hino nyuma y’uko abantu batandukanye bananiwe kubahiriza ibiciro bishya bya gaze. Ibi byatangajwe ku wa Gatatu, itariki 5 Mutarama na Ernest Nsabimana, Umuyobozi mukuru wa RURA mu kiganiro na The New Times. Ati: “Twazanye ibiciro bishya nyuma yo gusuzuma no kugisha inama neza, nyamara, […]
Uvira: Abantu 20 baguye mu mirwano ikaze yahuje FARDC na Twirwaneho
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kivuga ko kivuganye abarwanyi 18 ba Twirwaneho mu mirwano iherutse kubahuza yaguyemo abantu 20 bose hamwe. Aba bantu 20 baguye mu mirwano yahuje impande zombi kuwa Kabiri ushize muri groupement ya Bijombo, Teritwari ya Uvira, muri Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi wa FARDC mu bikorwa bya sokola 2, Major […]
Haratekerezwa gutangira gukingira abana b’imyaka 12 vuba aha
Mu gihe hari bamwe mu Banyarwanda bagiseta ibirenge mu bijyanye no kwikingiza basaba leta kubaha umwanya wo kubanza kubitekerezaho ahanini bashingiye ku myemerere yabo, kuri ubu guverinoma yo iravuga ko vuba aha n’abana b’imyaka 12 bagiye gutangira gukingirwa. Intego ya Guverinoma y’u Rwanda ni kuba yamaze gukingira abaturage bagera kuri 70% mbere y’ukwezi kwa 6 […]
Abize ubuvuzi bw’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda ntibanyuzwe n’ubumenyingiro bahabwa
Bamwe mu bize ubuvuzi bw’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda banenga ubumenyingiro (Pratique) bahabwa kuko buba budahagije aba bavuga ko ibyinshi biga babyiga mu nyandiko ( Theory) bituma iyo barangije amashuri bibadindiza mu kubona akazi kazababeshaho. Aba bize kuvura amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda bavuga ko amasomongiro azwi nka Platique ngo ari make muri iyi kaminuza, […]
Insoresore zariye karungu zivuganye umusirikare wa FARDC warashe umuturage
Umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yiciwe mu kwihanira kw’abaturage muri Komini ya Kavimvira mu mujyi wa Uvira. Uyu musirikare yishwe mu ijoro ryo ku wa Mbere, itariki 03 Mutarama muri komini ya Kavimvira. Umurambo we wavumbuwe ku isoko muri Kilomoni 1, nkuko impirimbanyi Alexandre Barabona yabitangarije ACTU7.CD dukesha iyi nkuru. Ati: “Urubyiruko […]
Uganda: Uherutse gufatwa ashinjwa gusebya Museveni n’umuhungu we yiswe umukozi w’u Rwanda
Abashakashatsi bakora iperereza ku mwanditsi, Kakwenza Rukirabashaija, ngo bavumbuye ko uwahoze ari umunyamakuru akaba n’umurwanashyaka utavuga rumwe n’ubutegetsi ari umukozi w’u Rwanda. Kakwenza aherutse gutabwa muri yombi nyuma yo gushinjwa gusebanya ku mbuga nkoranyambaga aho ngo yatukaga Perezida Museveni hamwe n’umuhungu we uyobora ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Umuvugizi wa CID, Charles […]
Havumbuwe ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 bwihinduranya cyane
Abashakashatsi bo mu Bufaransa baravuga ko bavumbuye ubwoko bushya bwa Covid-19 bwihinduranya kenshi, mu gihe Isi ikiriko igihanganye n’ubwoko bwa Omicron bwandura ku muvuduko ukabije. Aba bashakashatsi bo mu Mujyi wa Marseille bavuze ko ubwo bwoko bwiswe “‘IHU’, the B.1.640.2” bwagaragaye ku barwayi 12 baba hafi y’iyi ntara mu kwezi kwa cumi na kabiri. Uwa […]
Étude : Le vaccin AstraZeneca « augmente considĂ©rablement » les niveaux d’anticorps contre la variante Omicron
Le rappel du vaccin anti-Covid 19 AstraZeneca donne une impulsion significative aux niveaux d’anticorps contre la variante Omicron qui suit, selon les donnĂ©es d’une nouvelle Ă©tude de laboratoire. RĂ©alisĂ©e de manière indĂ©pendante par des enquĂŞteurs de l’UniversitĂ© d’Oxford, l’Ă©tude a analysĂ© des Ă©chantillons de sang prĂ©levĂ©s sur des individus infectĂ©s par Covid-19 ; ceux qui […]
Ibihugu bitanu by’ibihangange byiyemeje kugabanya intwaro za kirimbuzi bitunze
Mu itangazo mbonekarimwe ryashyizwe ahagaragara mu gihe umwuka mubi hagati y’uburasirazuba n’uburengerazuba ugenda wiyongera, ibihugu by’Amerika, u Bushinwa, u Burusiya, u Bwongereza n’u Bufaransa byongeye gushimangira intego yabyo yo kurema Isi itarangwamo intwaro za kirimbuzi no kwirinda intambara ya kirimbuzi. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara n’urubuga rwa Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bushinwa, […]
Niger: Imodoka y’umuyobozi w’akarere yafatiwemo ibiro bisaga 200 bya Cocaine
Polisi yo mu majyaruguru ya Niger yafashe ibiro birenga 200 bya cocaine ifite agaciro ka miliyoni 8.7 z’amadolari yari itwawe mu ikamyo y’umuyobozi w’akarere, nk’uko byatangajwe n’abapolisi kuri uyu wa Mbere. Amakuru avuga ko ku cyumweru, umuyobozi w’akarere n’umushoferi we bari muri iyo modoka, batawe muri yombi bafite amatafari 199 ya Cocaine kuri bariyeri ku […]
Beni: Abantu 8 bishwe n’inyeshyamba zihorera bagenzi bazo
Abantu umunani bishwe n’abantu bitwaje intwaro mu Mudugudu wa Kasaka muri Sheferi ya Bashu muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru, mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa Mbere, itariki 03 Mutarama 2022. Umuyobozi w’igiturage cya Kyaviyonge, Kidumu Makoma, ku murongo wa telephone avugana na 7sur7.cd, yahishuye ko izo nyeshyamba zaturutse muri Pariki ya Virunga. […]
Batanu barimo nyir’uruganda RWANDABEV Ltd batawe muri yombi na RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rufunze abantu batanu bafite aho bahuriye no kwenga no gukwirakwiza inzoga yitwa Umuneza iherutse guhagarikwa ku Isoko n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA). Urwego rw’ubugenzacyaha ruvuga ko ibi binyobwa bifite ubumara bukabije bufitanye isano n’urupfu rw’abantu nibura 11 bamenyekanye kugeza ubu, bose bivugwa ko bakomoka mu turere […]
Perezida wa Iran yarahiriye kuzahora urupfu rwa Gen. Soleimani kuri Donald Trump
Perezida Ebrahim Raisi wa Irani yarahiriye kuzahorera urupfu rwa Gen. Qassem Soleimani kuri Donald Trump wari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watanze itegeko ryo kumwica. Ibi akaba yabitangaje kuri uyu wa Mbere, ubwo hizihizwaga umwaka umwe ushize yishwe. Igihugu cya Iran n’ibihugu by’inshuti byo mu karere iherereyemo mu Burasirazuba bwo Hagati, kuri uyu […]
Les États-Unis font don de plus de vaccins contre le Covid-19 au Rwanda
Le don amĂ©ricain de vaccins Covid-19 au Rwanda a atteint 3,2 millions Ă la suite d’un dernier envoi de 999,180 doses de vaccin Pfizer. Les vaccins sont un cadeau selon l’ambassade des États-Unis d’AmĂ©rique au Rwanda, qui, selon les responsables, est un symbole de l’engagement continu des États-Unis Ă s’associer avec le pays pour protĂ©ger […]
Yemen: Inyeshyamba z’Aba-Houthis zafashe ubwato bwa UAE bwikoreye intwaro
Abarwanyi b’Aba-Houthis bo muri Yemeni bavuga ko bafashe ubwato buriho ibendera rya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) mu nyanja itukura, bavuga ko bwari bwikoreye “ibikoresho bya gisirikare” nyuma y’uko ihuriro riyobowe na Arabiya Sawudite rireze umutwe witwaje intwaro “ubushimusi bwo mu mazi”. Kuri uyu wa Mbere, umuvugizi w’igisirikare cy’Aba-Houthi, Yahia Saree, yatangaje ko ubwo bwato […]
Al-Shabab iravugwaho kwica abantu batandatu muri Kenya
Abakekwaho kuba abarwanyi ba Al-Shabaab mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Mutarama bishe abantu batandatu mu gace ka Widho mu Karere ka Lamu mu gihugu cya Kenya. Bane mu bishwe batwitswe, abandi babiri bakorerwa iyicarubozo mbere yo kuraswa. Urubuga rwa Standardmedia dukesha iyi nkuru ruvuga ko ibi byabaye nyuma gato ya […]
Jerusalem Post yashimuswe inyuzwaho ubutumwa bw’iterabwoba hibukwa iyicwa rya Gen Qassem Soleiman
Ikinyamakuru cyo muri Israel cyitwa Jerusalem Post cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko urubuga rwacyo rwashimuswe, mu byo rwavuze ko ari iterabwoba ku gihugu. Aho kwerekana ipaji nyamukuru y’amakuru makuru, urubuga rwerekanye ishusho isa nkaho yibutsa umujenerali mukuru wa Irani, Qassem Soleimani, wishwe mu gitero cy’indege itagira umupilote y’Abanyamerika muri Irak kuri uyu munsi, itariki […]
Sudani: Minisitiri w’Intebe, Hamdok, yeguye ku mirimo ye
Minisitiri w’intebe wa Sudani, Abdalla Hamdok, yeguye ku mirimo ye nyuma y’ibibazo bya politiki ndetse n’imyigaragambyo ikabije yamagana ubutegetsi bwa gisirikare bwatesheje agaciro demokarasi muri iki gihugu. Icyemezo cya Hamdok, cyatangarijwe kuri televiziyo ku Cyumweru, itariki 02 Mutarama 2022, kije nyuma y’ibyumweru bitandatu agarutse ku mwanya we mu masezerano yagiranye n’abayobozi ba gisirikare bari bakoze […]
Amerika yahaye u Rwanda izindi doze hafi miliyoni z’urukingo rwa Pfizer
Inkunga y’Abanyamerika y’urukingo rwa Covid-19 mu Rwanda igeze kuri miliyoni 3.2 nyuma yo kohereza izindi doze 999.180 z’urukingo rwa Pfizer. Inkingo ni impano nk’uko Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda ibivuga, aho abayobozi bayo bavuze ko ari ikimenyetso cy’uko Amerika ikomeje kwiyemeza gufatanya n’igihugu kurengera ubuzima bw’Abanyarwanda. Inkingo zageze ku Kibuga cy’indege […]
Niba ufite ibi bimenyetso nk’ibya malaria ushobora kuba waranduye Omicron
Impuguke mu by’ubuzima zavuze ko ubwoko bushya bwa Coronavirus bwihuta cyane mu kwandura bwiswe Omicron bugaragaza ibimenyetso bimwe nk’ibya malaria na grippe. Perezida wa Sosiyete ishinzwe imiti ya Uganda, Dr Moses Ocan, agira ati: “Ibimenyetso bikomeza guhinduka ariko abantu benshi bafite umutwe, inkorora, kubabara mu muhogo, kubabara ingingo, umuriro, intege nke z’umubiri n’ibicurane.” Omicron yaje […]
Malawi: Umunyarwanda yatawe muri yombi azira amakara
Polisi ya Dowa mu gihugu cya Malawi yataye muri yombi Umunyarwanda w’imyaka 61 y’amavuko azira gusanganwa imifuka 18 y’amakara. Umukozi wa Polisi muri Dowa ushinzwe imibanire n’abaturage, Sub Inspector Gladson M’bumpha, yatangaje ko ukekwaho icyaha ari Masuzo Venus watawe muri yombi ku wa kane ku ishuri ribanza rya Mponda mu gikorwa abapolisi bakoze nyuma yo […]
Afurika y’Epfo: Inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye inyubako y’Inteko Ishinga Amategeko

Kuri iki Cyumweru, abashinzwe kuzimya umuriro bahanganye n’inkongi y’umuriro yibasiye inyubako y’Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo muri Cape Town. Umwotsi wijimye hamwe n’umuriro byagaragaye bituruka mu nyubako mu mujyi rwagati. Uhagarariye inzego zishinzwe kuzimya umuriro n’ubutabazi muri uyu mujyi yabwiye AFP ati: “Igisenge cyafashwe n’umuriro kandi inyubako y’Inteko ishinga amategeko nayo irashya”. Mu gitondo […]
Amerika yahagaritse Ethiopia, Guinea na Mali muri AGOA
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse ibihugu bya Ethiopia, Mali na Guinea muri gahunda y’ubucuruzi itagira amahoro ya AGOA kubera ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu ndetse no guhirika ubutegetsi. Ku wa Gatandatu, uhagarariye ubucuruzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USTR) yatangaje ko yahagaritse ibihugu bitatu mu masezrano y’ubucuruzi ya AGOA (African Growth and Opportunity Act) […]
Ngororero: 6 élevés condamnés à 5 ans de prison pour destruction de biens scolaires
Au total, six diplĂ´mĂ©s de l’EFTP (Enseignement et formation techniques et professionnels) âgĂ©s de 18 Ă 25 ans ont Ă©tĂ© condamnĂ©s jeudi 30 dĂ©cembre pour destruction volontaire de biens scolaires et condamnĂ©s Ă cinq ans de prison. Ils ont Ă©galement Ă©tĂ© condamnĂ©s Ă une amende de 5 millions de francs rwandais chacun. Ils ont commis […]
RDC: Abantu bari bashimuswe na ADF basanzwe bishwe
Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 30 Ukuboza 2021, ahitwa Manzumbu, hafi ya Kazarahoyo muri Mantumbi muri Teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru havumbuwe imibiri ine y’abantu bishwe n’inyeshyamba za ADF. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’Umudugudu wa Mantumbi wahaye amakuru 7SUR7.CD kuri uyu wa Gatanu, abishwe ni imbohe zashimuswe ku wa Gatatu ushize […]
Ethiopia ikeneye miliyari 2,5$ zo kongera kwiyubaka nyuma y’intambara
Kuri uyu wa Kane, minisiteri y’imari yavuze ko Ethiopia ishaka gutora ingengo y’imari y’inyongera ifite agaciro ka miliyari 2,5$ kugira ngo ifashe gahunda z’imari zo kongera kubaka uduce twangijwe n’intambara no gutanga ubutabazi. Iyi ngengo y’imari ni nini cyane kuruta uko byavuzwe mbere mu gihugu gifite imyenda myinshi. Igitangazamakuru gifitanye isano na guverinoma, Fana, cyatangaje […]
Intwaro kabuhariwe kandi ziteye ubwoba zitunzwe n’’Igisirikare cy’u Rwanda

U Rwanda ruvugwaho gushishoza cyane mu gihe rushora amafaranga mu bwirinzi rukagura ibikoresho gusa by’ihariye kandi bifite ingufu ugereranyije n’ibihugu byo mu karere ndetse no muri Afurika y’uburengerazuba, aho tugiye kurebera hamwe intwaro eshanu za mbere zihambaye zitunzwe n’igisirikare cy’u Rwanda. 5. T54, T55 Battle Tanks Ibifaru byo mu bwoko bwa T-54 na T55 ni […]
Museveni azategeka iki gihugu kugeza ananiwe – Gashumba
Frank Malimungu Gashumba ukuriye Ikigo Sisimuka yamaganye abatavuga rumwe na leta ya Uganda avuga ko batagira icyerekezo, yemeza ko Museveni azategeka kugeza we ubwe arambiwe. Gashumba ubwo yagaragaraga mu kiganiro cya politiki “BAROMETER” cyerekanwe kuri NBS yakomeje avuga ko intego imwe rukumbi y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ari ukubona imyanya yo kwikungahaza batitaye ku Bagande. […]
Sudani: Inzego z’umutekano zishe abantu bane mu bigaragambyaga
Kuri uyu wa Kane, komite y’abaganga yavuze ko abashinzwe umutekano muri Sudani barashe bakica abantu bane mu gihe cyo guhashya imyigaragambyo y’abantu basaga ibihumbi mirongo bamagana ubutegetsi bwa gisirikare mu gihugu hose. Abashinzwe umutekano bakoresheje ibyuka biryana mu maso ubwo abigaragambyaga banyuraga mu mihanda ya Khartoum no mu mijyi ituranye ya Omdurman na Bahri berekeza […]
Un court-circuit Ă©lectrique soupçonnĂ© d’avoir causĂ© l’incendie du bar Wakanda
L’incendie qui a ravagĂ© le Wakanda, un bar de Kabeza, Kigali, aurait Ă©tĂ© provoquĂ© par un court-circuit Ă©lectrique. Dans la matinĂ©e du jeudi 30 dĂ©cembre, un incendie s’est dĂ©clarĂ© et a gravement endommagĂ© l’installation, tout en dĂ©truisant de nombreux biens. Personne n’a Ă©tĂ© blessĂ©. S’exprimant dans une interview accordĂ©e aux mĂ©dias, Derrick Gisa, l’un des […]
Somalia: Al Shabab yafashe umujyi irongera iwuvamo yishe abasirikare ba leta n’abasivili
Kuri uyu wa Kane, abarwanyi bo mu mutwe wa al Shabaab bo bagabye igitero mu mujyi uherereye mu majyaruguru y’umurwa mukuru, Mogadishu, bahitana byibuze abantu barindwi ubwo barwanaga n’inzego z’umutekano za leta, nk’uko umuturage na polisi babitangaje. Iki gitero cyabaye mu gihe hari amakimbirane ya politiki hagati ya Perezida wa Somaliya na Minisitiri w’Intebe abafatanyabikorwa […]
U Bufaransa mu kongera kwiyegereza Afurika bunyuze ku Rwanda na Senegal
Ukwezi kumwe mbere y’inama ya Afurika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi igomba kubera i Buruseli ku ya 17 na 18 Gashyantare 2022, u Bufaransa buri gushaka uko bwongera kubaka isura yabwo nziza muri Afurika aho ikinyamakuru Le Point kivuga ko Perezida Macron ari kuvugana n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Senegal nk’abafatanyabikorwa b’ingenzi muri Afurika. Perezidansi y’u […]
Kimihurura: Umuntu wa munani yapfuye azize inzoga y’Umuneza

Nyuma y’aho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) gihagarikiye by’agateganyo ku isoko ry’u Rwanda inzoga z’Umuneza na Tuzane kubera kwica abantu, kuri ubu haravugwa undi muntu wahitanwe n’izi nzoga mu Murenge wa Kimihurura. Ni mu Kagali ka Kimihurura mu Mudugudu w’Ubumwe, mu Murenge wa Kimihurura, ahavugwa umugabo witwa Hakizimana Jeremy ufite imyaka 42 […]
U Bufaransa: Abantu basaga ibihumbi 200 basanzwemo Covid-19 mu masaha 24
Kuri uyu wa Gatatu mu Bufaransa, abantu 208.000 basanzwemo Covid-19 mu masaha 24, akaba ari umubare wo hejuru w’abanduye mu munsi umwe muri iki gihugu kuva iki cyorezo cyaduka. Abantu binjira mu bitaro buri munsi kubera Covid mu Bufaransa bari ku mpuzandengo y’1.000 ku munsi, umubare wari hasi ugereranyije na 3.500 mu binjiraga mu bitaro […]
Rusizi: Yafashwe agerageza guha umupolisi ruswa
Kuwa 27 Ukuboza Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafatiye mu Murenge wa Kamembe, Akagari ka Kamurera, Umudugudu wa Cyapa, uwitwa Niyobuhungiro Oscar w’imyaka 26 arimo guha umupolisi ruswa ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu kugira ngo amuhe moto ye yari yafashwe. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police(CIP) Bonaventure Twizere Karekezi […]
Les maladies cardiaques ne devraient pas rester une condamnation à mort prématurée -Jeannette Kagame

Dans le domaine des progrès mĂ©dicaux que nous recherchons, les maladies cardiaques ne doivent pas rester une condamnation Ă mort prĂ©coce Ă©tablie, a dĂ©clarĂ© la Première Dame Jeannette Kagame. “Nous pouvons vraiment rĂ©duire la mortalitĂ© prĂ©maturĂ©e due aux maladies cardiaques, et nous nous engageons Ă le faire”, a-t-elle dĂ©clarĂ©. Elle a fait ces remarques lors […]
Sudani: Byibuze abantu 38 bapfiriye mu kirombe cya zahabu
Abayobozi bo muri Sudani kuri uyu wa Kabiri ushize batangaje ko abantu byibuze 38 bapfiriye mu kirombe cya zahabu nyuma y’aho itaka ribiyubitse hejuru mu Ntara ya Kordofan y’Uburengerazuba. Kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo muri iki gihugu mu itangazo yasohoye yatangaje ko inkangu yabaye mu kirombe cyari gifunze mu Mudugudu wa Fuja, mu birometero 700 […]
Umuyobozi wa Palestina yasuye minisitiri w’ingabo wa Israel mu rugo iwe mu ruzinduko rw’amateka
Perezida w’ubutegetsi bwa Palesitine (PA) Mahmoud Abbas yagiranye ibiganiro na minisitiri w’ingabo, Benny Gantz mu ruzinduko rw’amateka muri Israel, aho yamusuye mu rugo iwe. Kuri uyu wa kabiri, minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Israel yatangaje ko “abo bagabo bombi baganiriye ku mutekano n’ibibazo by’abaturage” muri iyo nama. Ibitangazamakuru byo muri Israel byatangaje ko byabereye mu rugo […]
Butembo: Umupadiri wa Paruwasi ya Maria Mater Dei yapfuye urw’amayobera
Umupadiri wa Paruwasi ya Maria Mater Dei ya Njiapanda muri Diyosezi ya Butembo-Beni, muri Teritwari ya Lubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kabiri yasanzwe yapfuye mu cyumba cye. Amakuru aturuka aho agera kuri ACTU7.CD agaragaza ko uyu mupadiri gatolika nta bubabare yari afite. Ku wa mbere, yagiye mu bikorwa bye bitandukanye nta kibazo. […]
Wari uzi ko kuzungura cyangwa kwanga kuzungura ari uburenganzira bw’umuntu?
Itegeko NÂş 27/2016 ryo ku wa 08/07/2016 rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano n’izungura, riteganya uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga kuzungura. Ntawe uhatirwa kwemera kuzungura cyangwa gufata indagano yagenewe. Uzungura wese afite uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga indagano. Kwemera izungura cyangwa indagano bikorwa ku mugaragaro. Iyo uzungura atagize icyo avuga kandi yaramenyeshejwe ko ari mu bazungura, […]
Uganda: Haravugwa umutwe mushya w’inyeshyamba umaze kugaba ibitero 3 kuri polisi
Ihuriro UCFC (Uganda Coalition for Change), ryashinzwe n’abanyapolitiki batishimiye ibyavuye mu matora rusange ya 2021, rirahuzwa n’ibikorwa by’inyeshyamba nk’uko byatangajwe n’Igipolisi cya Uganda. Ibi byahishuwe kuwa Mbere ubwo hatangazwaga uko ikibazo cy’umutekano cyifashe mu gihugu nyuma y’ibitero bimaze iminsi bigabwa ku gipolisi n’abantu kivuga ko basanzwe babarizwa mu mutwe mushya w’inyeshyamba ubarizwa mu karere ko […]
Nairobi: Impyisi zivuganye abantu 2 mu masaha atarenze 24
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ukuboza, abapolisi bavuze ko ikipe y’impyisi yahitanye abantu babiri mu gihe cy’amasaha 24 mu mudugudu uri ku birometero 31 mu burasirazuba bw’umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi. Polisi yavuze ko izo mpyisi zigera kuri 20, zishe umugabo ku wa Mbere mu mudugudu wa Kamuthi hafi y’Umujyi w’inganda wa Thika ubwo […]
Huit ressortissants rwandais expulsés du Niger
Le Niger a expulsĂ© et dĂ©clarĂ© persona non grata huit ressortissants rwandais rĂ©cemment rĂ©installĂ©s dans le pays par le MĂ©canisme international des Nations Unies appelĂ© Ă exercer les fonctions rĂ©siduelles des Tribunaux pĂ©naux (UNIRMCT) depuis Arusha-Tanzanie. Après avoir citĂ© un ensemble de leurs lois nationales sur l’intĂ©rieur et la migration-immigration, le Niger a nommĂ© ces […]
Umupolisi yafashwe ashaka kugurisha imbunda n’amasasu 40
Umupolisi wa Kenya w’ipeti rya Constable ukorera ku cyicaro gikuru cya Polisi i Nairobi yatawe muri yombi akekwaho gushaka kugurisha imbunda irimo amasasu 15. Muri raporo yujurijwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Naivasha, OB nimero 3/28/12/2021, umupolisi yari afite umugambi wo guhura n’umukomisiyoneri, bivugwa ko yari kumufasha kugurisha iyo mbunda yo mu bwoko bwa pistolet. […]
Inzoga z’UMUNEZA na TUZANE zikekwaho kwica abantu muri Gasabo zahagaritswe ku isoko
Inzoga zitwa UMUNEZA na TUZANE zikoze mu bitoki zivugwaho kwica abantu bane zahagaritswe by’agateganyo n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) ku isoko ry’u Rwanda. Imwe muri izi nzoga yitwa UMUNEZA iri mu zikekwa kwica abantu bane bo mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 27 Ukuboza […]
Burundi: Umunyamakuru Pascal Butoyi wa RTNB aravuga ko ubuzima bwe buri mu kaga
Umunyamakuru Pascal Butoyi wa Radio na televiziyo by’u Burundi, RTNB, yatangaje ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho akomeje guterwa ubwoba abwirwa ko azicwa. Mu ibaruwa yandikiye umuyobozi mukuru wa RTNB, Pascal Butoyi , wibanda ku nkuru zo kurengera ubidukikije kuri radiyo y’igihugu, yatangaje ko akomeje guterwa ubwoba abwirwa ko azicwa kubera inkuru yagiye […]
Kivu y’Amajyepfo: Umunsi w’Umujyi Upfuye mu kwifatanya n’abaturage ba Goma na Beni
Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa bya Sosiyete Sivile ya Kivu y’Amajyepfo byahamagariye umunsi w’umujyi upfuye kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ukuboza mu Mujyi wa Bukavu mu rwego rwo kwerekana ko bifatanyije n’abatuye mu Mijyi ya Goma na Beni muri Kivu y’Amajyaruguru; bamagana iyoherezwa ry’ingabo za Uganda n’abapolisi b’u Rwanda. Sosiyete sivile yemera ko uku guhuriza […]
Nicaragua yafatiriye inyubako ya Ambasade ya Taiwan ivuga ko ari iy’u Bushinwa
Guverinoma y’igihugu cya Nicaragua yafatiriye iyahoze ari ambasade ya Taiwan n’ibindi biro byayo mu gihugu ivuga ko ari iby’u Bushinwa. Guverinoma ya Perezida Daniel Ortega yacanye umubano na Taiwan muri uku kwezi ivuga ko izemera gusa Guverinoma y’u Bushinwa. Mbere yo kuva muri iki gihugu, abadipolomate ba Taiwan bagerageje guha imitungo yabo Archidiocese ya Managua […]
Abanyarwanda 8 bari boherejwe muri Niger bavuye Arusha bahawe iminsi 7 yo kuhava
Abanyarwanda 8 barangije ibihano bari barahawe kubera uruhare muri jenoside n’abagizwe abere birukanwe mu gihugu cya Niger Loni yari yaboherejemo bavuye I Arusha muri Tanzania. Minisitiri Hamadou Adamou Souley w’ubutegetsi bw’igihugu no kwegereza abaturage ubuyobozi muri Niger, yahaye aba Banyarwanda iminsi irindwi yo kuba bavuye ku butaka bwa Niger nk’uko bigaragara mu itangazo yasohoye. Ni […]
L’intĂ©gration continentale et rĂ©gionale reste au premier plan de l’agenda du Rwanda – Paul Kagame
Le prĂ©sident Paul Kagame a dĂ©clarĂ© que l’intĂ©gration continentale et rĂ©gionale reste au premier plan de l’agenda du Rwanda. Dans le discours sur l’Ă©tat de la nation, le chef de l’État a attribuĂ© en partie les progrès continus du Rwanda Ă sa forte collaboration avec les institutions et les pays partenaires. « Un facteur important […]
Ibiciro n’idolari bikomeje kuzamuka, ikigega nzahurabukungu, izamuka rya 10,2%, bimwe mu byaranze 2021
Ubukungu bw’u Rwanda bwarahungabanye cyane mu mwaka ushize ku buryo mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka (2020) bwagabanutseho 12,4% kubera icyorezo cya Covid-19, ariko IMF, yatangaje ko uyu mwaka wa 2021 uzarangira ubukungu bw’u Rwanda buzamutse ku kigero cya 10,2%, biturutse ku kuba ubukungu bw’Isi buri kuzahuka muri rusange nubwo hakomeje kumvikana abinubira ko ibiciro […]
Bwa mbere ubukungu bw’Isi bugiye kurenga Tiriliyoni 100$, u Bushinwa bwenda kunyura kuri USA
Umusaruro w’ubukungu ku Isi uzarenga tiriliyoni 100 z’amadorari ku nshuro ya mbere umwaka utaha kandi bizatwara u Bushinwa igihe gito cyane kuruta uko byari byatekerejwe ngo burenge Amerika buze ku mwanya wa mbere nk’uko Raporo yabyerekanye ku Cyumweru. Ikigo Cebr, cy’ubujyanama mu by’ubukungu na business cyo mu Bwongereza cyahanuye ko u Bushinwa buzahinduka ubukungu bwa […]
Associated Newspapers igiye kwishyura Meghan nyuma yo gutsinda urubanza yaregagamo Mail on Sunday
Meghan Markle, Duchess of Sussex, Umufasha w’Igikomangoma Harry, yemeye “impozamarira y’amafaranga” azahabwa n’ikinyamakuru Mail on Sunday mu rwego rwo kurangiza intambara y’amategeko bari bamazemo imyaka itatu. Ikinyamakuru Mail on Sunday cyasohoye itangazo ku rupapuro rw’imbere cyemera ko Meghan yatsinze urubanza yakirezemo gukoresha ibaruwa yandikiye se umubyara atabitangiye uburenganzira. Meghan, ufite imyaka 40, yareze Associated Newspapers […]
Putin aravuga ko NATO imaze gusunikira u Burusiya ku murongo budashobora kurenga
Kuri iki Cyumweru, itariki 26 Ukuboza, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko niba NATO idahagaritse kurunda ingabo mu Burayi bw’iburasirazuba no kubuza Ukraine kuba umunyamuryango wayo, azahatirwa gutekereza ku yandi mahitamo atandukanye, harimo n’igisubizo cy’abasirikare. Ibyo Putin asaba bikubiye mu masezerano u Burusiya bwashyikirije NATO mu ntangiriro z’uku kwezi. Ikinyamakuru POLITICO cyatangaje ko Putin, […]
Ntihazwi irengero by’abayobozi ba ADF nyuma kwigarurira ibirindiro bikomeye byayo

Ingabo za Uganda (UPDF) zifatanyije n’ingabo za Congo (FARDC)zafashe ibirindiro bikuru by’inyeshyamba za ADF, ariko kugeza ubu ntiharamenyekana amakuru y’aho abayobozi b’inyeshyamba barengeye. Nk’uko izi ngabo zifatanyije zabitangaje, ngo inkambi nkuru ya ADF, Kambi Ya Yua, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yafashwe nta mirwano ikaze ibaye, ibyerekana ko inyeshyamba zishobora kuba zarayiretse […]
Rubavu: Yafashwe yerekana icyangombwa gihimbano cy’uko yikingije COVID-19
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe uwitwa Havugimana Samuel w’imyaka 30, afatanwa icyangombwa gihimbano kigaragaza ko yikingije icyorezo cya COVID-19 inkingo zombi. Iki cyangombwa kigaragaza ko yakingiwe muri Nzeri 2021, akingirirwa mu kigo nderabuzima cya Bugeshi ajya no mu kigo cy’Igihugu cy’ubuzima kwibaruza mu bantu bakingiwe. Havugimana yafashwe kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari […]
Umunyemari Rujugiro yakuwe muri raporo itavugwaho rumwe ya Sir Ivor Roberts
Iyi raporo yasohowe muri Mata 2021, yanditswe na Sir Ivor Roberts ayita “Ihuriro ridahwitse: Isano riri hagati y’ubutagondwa n’ubucuruzi butemewe muri Afurika y’Iburasirazuba” yarimo Tribert Rujugiro Ayabatwa n’ihuriro ry’inganda ze rya PTG (PanAfrican Tobacco Group). Binyuze mu bamwunganira mu by’amategeko, Ayabatwa yisobanuriye abunganizi mu by’amategeko ba Sir Roberts ku bijyanye n’amateka ye nk’Umunyafurika ukunda Afurika […]
Burundi: Abagize uruhare mu bwicanyi bwo mu 1972 bakiriho ntibazakurikiranwa
Perezida w’u Burundi yatangaje ko abagize uruhare mu bwicanyi bwo mu 1972, bamwe bafata nk’itsembabwoko, bakiriho ko ntawuzabakurikirana mu butabera kubera ko bageze mu zabukuru ntacyo bakibasha kwikorera bamwe na bamwe. Ibi Perezida Evariste Ndayishimiye yabitangaje kuwa gatanu ushize, itariki 24 Ukuboza yifuriza Noheri Nziza abashinzwe umutekano b’u Burundi, abasirikare, abapolisi n’abashinzwe iperereza. Mu ijambo […]
Mu myitozo ikaze Iran yaburiye Israel mu gihe yatera aho itunganyiriza ingufu za Nukleyeri

Ku wa Gatanu, Iran yakoze ikiswe imikino y’intambara (cyangwa imyitozo) mu Kigobe ivuga ko yari igamije kohereza umuburo kuri Israel, nk’uko abayobozi bakuru b’ingabo z’iki gihugu babitangaje, mu gihe hari impungenge z’uko Israel ishobora kwibasira ibirindiro bya bya Iran bitunganyirizwamo ingufu za kirimbuzi za nukleyeri. Imikino y’intambara y’Ingabo zishinzwe kurinda impinduramatwara za Iran yarimo kurasa […]