Kajugujugu yâIgisirikare cya Niger yakoreye impanuka muri Burkina Faso
Kuri uyu wa Mbere mu gitondo, indege ya kajugujugu yâIgisirikare cya Niger yo mu bwoko bwa Mi-17 yaguye mu mujyi wa Kantchari, uherereye mu burasirazuba bwa Burkina Faso hafi y’umupaka na Niger. Kajugujugu yari itwaye abakozi n’ibikoresho byo gushyigikira ibikorwa byo kurwanya iterabwoba mu karere. Nkâuko amafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga abigaragaza, bigaragara ko Mi-17 […]
Hezbollah yemeje iyicwa ryâumwe mu bayobozi bayo muri Libani
Umutwe wa Hezbollah wemeje iyicwa rya Wissam Tawil, umuyobozi mukuru mu ngabo zâindobanure zâuyu mutwe zizwi nka Radwan. Hezbollah ntisobanura neza icyateye urupfu rwa Tawil, ariko mbere ibiro ntaramakuru Reuters byatangaje amakuru avuga ko yiciwe mu gitero cyâindege cya Israel ku modoka yari mu majyepfo ya Libani. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza byari byabanje gutangaza ko umuyobozi […]
Rishi Sunak denies doubting Rwanda plan when chancellor
Rishi Sunak has said it was his job when he was chancellor to question the cost of the government’s Rwanda scheme but denied doubting it could work. Papers seen by the BBC this week suggested that in 2022 Mr Sunak wanted to scale back plans to send asylum seekers to the African nation. The documents […]
Rish Sunak yaba yarashidikanyaga kuri gahunda yâu Rwanda ataraba minisitiri wâintebe
Rishi Sunak yavuze ko kari akazi ke igihe yari minisitiri wâimari kubaza ikiguzi cya gahunda ya guverinoma yo kohereza abimukira mu Rwanda ariko ahakana gushidikanya ko ishobora gukora. Impapuro zabonywe na BBC muri iki cyumweru zagaragaje ko mu 2022 Sunak yashakaga kugabanya gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu gihugu cya Afurika. Inyandiko zagaragaje kandi ko […]
Umuvugabutumwa TB Joshua wamamaye ku Isi yavuzweho gufata ku ngufu no kwica urubozo
Ibimenyetso byâihohotera nâiyicarubozo byakozwe nâuwashinze rimwe mu matorero akomeye yâivugabutumwa ya gikirisitu ku Isi byavumbuwe na BBC. Abantu benshi bahoze mu Itorero rya Synagogue Church of all Nations, barimo Abongereza batanu, bavuze bafashwe ku ngufu ndetse bategekwa gukuramo inda na nâUmuvugabutumwa TB Joshua, wo muri Nigeria wapfuye muri Kamena 2021. Ibirego byo guhohoterwa byakorewe mu […]
Laurence Kanyuka yabwiye Tshisekedi ko gutera u Rwanda byaba ari ubwiyahuzi
Umuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka, yabwiye Tshisekedi ko gushaka gutera u Rwanda ari nko kwiyahura kubera urwego u Rwanda ruriho mu bijyanye nâubwirinzi no kubungabunga amahoro. Ni mu kiganiro yagiranye na VOA Afrique abazwa ku ihuriro rya Alliance Fleuve Congo no ku magambo yatangajwe na Tshisekedi ubwo yasozaga ibikorwa byo kwiyamamaza avuga ko azasaba inteko […]
Uwari minisitiri muri Gambia araburanishwa ku byaha birimo gufata ku ngufu mu Busuwisi
Kuri uyu wa Mbere, ku nshuro ya mbere mu Busuwisi uwahoze ari minisitiri muri Gambia ku butegetsi bwâumunyagitugu Yahya Jammeh, aratangira kuburanishwa ku byaha byibasiye inyokomuntu. Urubanza ruzagaragaramo ubuhamya bwâuwafashwe ku ngufu utegereje ubutabera imyaka mirongo. Nkâuko bitangazwa nâumuryango wo mu Busuwisi, TRIAL International, watanze ikirego, ngo Ousman Sonko wahoze ari minisitiri wâumutekano wâimbere mu […]
Nyaruguru: Bakora kilometero 15 bajya kwivuza ahandi bafite Poste de Sante begerejwe
Mu Kagari ka Kirarangombe, Umurenge wa Busanze mu Karere ka Nyaruguru, abaturage bagenda ibilometero birenga 15 bajya kwivuza ku Kigo Nderabuzima cya Runyombyi barasaba ko Ivuriro ryâIngoboka (Poste de Sante) begerejwe ryafashwa gukora neza bakaruhuka izo ngendo. Bamwe mu baturage bavuga ko iri Vuriro ryâIngoboka rya Kirarangombe bari barahawe rikora nabi kugeza nâaho abajya kuhivuriza […]
Hashyizweho ba komanda bashya ba FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Equateur
Ku cyumweru, itariki ya 7 Mutarama, muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo âhashyizwehoâ abayobozi bashya b’ingabo mu turere twa gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru , Ituri na Equateur. Ba ofisiye bashyizweho, by’agateganyo, ni: Jenerali David Mushimba, umuyobozi w’akarere ka 13 ka gisirikare mu ntara ya Equateur Jenerali Ntambuka Bame, umuyobozi w’akarere ka 32 ka gisirikare muri […]
Perezida Kagame yakiriye Umwami Abdullah II Ibin Al-Hussein

Ku gicamunsi yo kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yakiriye Umwami Abdullah II Ibin Al-Hussein w’Ubwami bwa Hashemite bwa Yorodani kugera muri Village Urugwiro i Kigali aho yatangiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda bagirana ibiganiro imbonankubone. Ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali Umwami Abdullah II wa Yorodani yakiriwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, wari […]
Sudan: Gen. Burhan aremeza ko nta bwiyunge cyangwa amasezerano bazagirana na RSF
Umuyobozi w’ingabo za Sudani, Gen. Abdel Fattah al-Burhan, yatangaje ko nta bwiyunge cyangwa amasezerano bazagirana nâinyeshyamba za Rapid Support Rapid (RSF), mu gihe intambara hagati yâimpande zombi ikomeje kubica kuva muri Mata 2023. Al-Burhan, akaba n’umuyobozi w’inama y’ikirenga iyoboye Sudani, yavuze, mu ijambo yavugiye kuwa Gatanu imbere y’ingabo ze mu mujyi wa Gebeit, mu burasirazuba […]
Nyabihu: Barambiwe inkoni z’abayobozi
Bamwe mu batuye Umurenge wa Bigogwe barinubira gukubitwa n’abayobozi babo. Ubuyobozi bw’akarere ka Nyabihu buvuga ko har’icyo bugiye gukora kuri iki kibazo cyagaragajwe nâ abaturage. Abaturage bo mu kagali ka Kijote ko mu murenge wa Bigogwe nibo bavuga ko bakubitwa n’ubuyobozi mu nzego zibegereye. Umwe yagize ati: âaho kugira ngo bajye baratabara abaturage, ahubwo abayobozi […]
Mozambique irateganya kwinjiza mu gisirikare abasaga 200,000 mu 2024
Minisiteri yâingabo ya Mozambike irateganya kwandika abantu 221.141 mu gisirikare mu 2024, muri bo, 147.114 bazaba ari abagabo, naho abasigaye bazabe ari abagore. Nkâuko byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe abakozi muri Minisiteri, Col. Jorge Lionel, ubwo kuwa Gatanu yavugiraga mu mujyi wa Nampula uherereye mu majyaruguru, ngo minisiteri irimo gushyiraho ahantu 1.670 ho kuziyandikishiriza, aho muri ho, […]
USA: FAA yahagaritse indege zimwe zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 9
Ubugenzuzi bwâindege muri Amerika bwategetse ko indege zimwe za Boeing 737 Max 9 zihagarara nyuma yâuko igice kimwe cyâindege kiguye kiva ku ndege ya Alaska Airlines. Ikigo gishinzwe iby’indege (FAA) cyavuze ko ubugenzuzi buzagira ingaruka ku ndege 171. Ku wa Gatanu, indege ya Alaska Airlines byabaye ngombwa ko igwa igitaraganya nyuma yo guhaguruka muri leta […]
Igipolisi cyâu Rwanda cyihakanye Umunyamerika wacyiyitiriye

Polisi yâu Rwanda yihakanye uwitwa Jonathan Scott wagiye kwiyandikisha muri minsiteri yâubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko ari umunyamahanga ukorana nâIgipolisi cyâu Rwanda. Muri Amerika haba itegeko ryiswe The Foreign Agents Registration Act, itegeko rihatira abantu bakorana na leta zâamahanga kwimenyekanisha. Uyu rero yagiye muri minsiteri yâubutabera kwimenyekanisha avuga ko akorana nâIgipolis […]
UR: Bamaze amezi 7 bategereje mudasobwa basinyiye barahebye
Muri Kaminuza yâu Rwanda ishami rya Huye, hari abanyeshuri bavuga ko hashize amezi arindwi basinye amasezerano yo guhabwa mudasobwa ariko bazitegereje bagaheba. Aba banyeshuri bafite impungege zâuko hari abashobora kurangiza kaminuza batarazihabwa dore ko abenshi biga mu mwaka wa nyuma. Gutanga mudasobwa ku banyeshuri ba Kaminuza yâu Rwanda mbere yâuko bisubukurwa mu mpeshyi yâumwaka ushize […]
Perezida Kagame yakiriye Gen. Dagalo ukuriye umutwe wa RSF wo muri Sudani

Perezida Paul Kagame kuri yu wa Gatanu, itariki ya 5 Mutarama 2024 yakiriye Gen. Mohamed Hamdan Dagalo, umuyobozi wâingabo za Rapid Support Forces (RSF) ziri mu ntambara nâIngabo za Sudani (SAF) ziyobowe na Gen. Burhan. H.E. President Paul Kagame today 5 January 2024 received General Mohamed Hamdan Dagalo, Commander of Rapid Support Forces (RSF). â […]
Nyamasheke: Bahangayikishijwe n’imbwa z’inyagasozi zibarira amatungo
Imbwa zâinyagasozi ziraye mu matungo yâabaturage bâImidugudu ya Rushahaga na Rusi mu Kagari ka Mutongo, Mu Murenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, mu ma saa kumi nâigice zâumugoroba kuri uyu wa Kane ushize, zica ihene 3 nâintama 2 zinakomeretsa indi hene nâintama. Ni mu gihe mu mpera zâumwaka ushize wa 2023, imbwa 62 z’inyagasozi zari […]
Masisi: Imirwano hagati yâimitwe ibiri ya Wazalendo yavanye benshi mu byabo
Imitwe ibiri y’inyeshyamba ibarizwa mu biswe Wazalendo, (APCLS ya Janvier Karahiri na UPCRN ya Kagiri) yarwaniye muri Gurupoma ya Mupfunyi Shanga muri Teritwari ya Masisi, bituma abaturage benshi bata ibyabo barahunga. Iyi mirwano yabereye kuri uyu wa Gatanu mu misozi ya Buyagu, Bishanga, Kalambiro ikikije uduce twa Kashenda na Bweremana bituma abaturage b’abasivili bahatuye bata […]
Gen. Muganga yeretswe ibikoresho byâubwirinzi bikorwa na Pakistan

Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda (RDF), Gen. Mubarakh Muganga, hamwe nâitsinda ryâabantu 08 bamuherekeje mu ruzinduko rwâakazi muri Pakistan, basuye Ikigo gishinzwe guteza imbere ibikoresho byâubwirinzi byoherezwa mu mahanga. Mu ruzinduko rwe muri Pakistan, Gen Mubarakh Muganga, kuwa Gatatu, yagiranye ibiganiro nâabarimo Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâiki gihugu, Jalil Abbas Jilani, baganira ku gushimangira umubano wâibihugu […]
RDF yatangiye gutoza Ingabo za Mozambique, abagera ku 150 basoje imyitozo
Nyuma yo gufasha Mozambique guhosha iterabwoba ryâabajihadiste bafitanye isano na Leta ya Kisilamu, u Rwanda ubu rurimo gutoza abasirikari ba Mozambique mu rwego rwo kubaka igisirikare gikomeye gishobora kurinda igihugu ibitero ibyo ari byo byose kitarinze gusaba ubufasha. Abasirikare bagera kuri 150 bo muri Mozambique bivugwa ko barangije imyitozo ihanitse mu gihugu cyâu Rwanda, mu […]
Abanyonzi 6 ba TotalEnergies bagiye kuza kwitoreza mu Rwanda mbere ya shampiyona
Buri mwaka, Ikipe yo gusiganwa ku magare ya TotalEnergies ijya muri Calpe (Espagne) mu myitozo ibanziriza shampiyona. Iyi kipe yo muri VendĂ©e mu burengerazuba bwâu Bufaransa, izongera kujyayo muri Mutarama 2024, usibye ko abanyonzi batandatu, barimo Mathieu Burgaudeau, Pierre Latour na Sandy Dujardin, batazajyayo. Aba barimo kwitegura kuza mu Rwanda bakahamara igihe cyâibyumweru bibiri. Iminsi […]
Leta ya Congo yasubije Alliance Fleuve Congo ifite gahunda yo kugarukira i Kinshasa
Muri videwo yagiye ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga mbere yâitangazwa ryâibyavuye mu matora yâumukuru wâigihugu ku Cyumweru, itariki ya 31 Ukuboza, uwahoze ari perezida wa komisiyo yigenga yâamatora yigenga, Corneille Nangaa, yongeye gushimangira icyifuzo cye nâicyemezo cyo kurwanya ubutegetsi bwa FĂ©lix Tshisekedi kugeza ageze mu murwa mukuru Kinshasa, none leta na yo yamusubije ibinyuije ku muvugizi […]
Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu birenga 200 byerekeza ku Kirwa cya Yeonpyeong
Igisirikare cya Seoul cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya rutura birenga 200 ku nkombe yâiburengerazuba, byerekeza ku kirwa cya Yeonpyeong cyo mu majyepfo. Ako kanya, Koreya y’Epfo yatanze integuza yo kwimuka ku baturage bo kuri icyo kirwa – nubwo batigeze bemeza niba bifitanye isano. Amajyepfo yamaganye icyo gikorwa, yita “igikorwa cy’ubushotoranyi” nkuko tubikesha […]
Abakoreshaga ikiraro cya Cyangoga kuri Mukungwa ubu bambukira ku giti kimwe barahangayitse
Abakoreshaga ikiraro cya Cyangoga gihuza Akarere ka Nyabihu na Gakenke hejuru y’umugezi wa Mukungwa cyasenywe nâibiza byo muri Gicurasi 2023, ubu bambukira ku giti kimwe ndetse bikabuza abantu benshi gutinya kwambuka batinya kugwamo. Abo mu Karere ka Gakenke, bavuga ko kwambuka ari ikibazo gikomeye cyane bakaba bafite impungenge ko hari bamwe muri bo bazahaburira ubuzima. […]
Iyangirika ry’umuhanda Muhanga-Karongi ribangamiye ubukerarugendo n’ishoramari
Abakoresha umuhanda Muhanga – Karongi baravuga ko iyangirika ryawo ryagabanyije urujya nâuruza rwâabajyaga mu bikorwa byâubukerarugendo no gushora imari mu Karere ka Karongi. Ubuyobozi bwâAkarere ka Karongi bugaragaza ko aho uyu muhanda ugeze ukorwa bitanga icyizere ko urujya nâuruza rwakongera kugaragara muri aka karere kakarushaho kwakira ba mukerarugendo bahagaze kubera uyu muhanda wangiritse. Minisitiri wâIbikorwa […]
SADC yatangaje uyoboye ingabo za yo muri DRC yemeza ko ziri gufatanya na FARDC

Umuryango wa SADC wemeje ko ingabo za wo zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku itariki ya 15 Ukuboza 2023 gufasha Guverinoma ya RDC kugarura amahoro nâumutekano mu burasirazuba bwâigihugu bukomeje kuberamo intambara. Kuri uyu wa Kane, nibwo uyu muryango wâubukungu uhuje ibihugu bya Afurika yo hagati nâiyâamajyepfo, ubinyujije mu itangazo rigenewe abanyamakuru, watangaje […]
Gen. Dagalo yagiye muri Kenya nyuma ya Uganda, Djibuti na Ethiopia
Kuri uyu wa Gatatu ushize, General Mohamed Hamdan Daglo uzwi ku izina rya âHemedtiâ, umuyobozi wâingabo za Rapid Support Forces, yari i Nairobi muri Kenya, aho yagiranye ibiganiro na Perezida William Ruto. Iyi nama yabaye nyuma yo gushyira umukono, i Addis Abeba, ku itangazo ryâamahoro basinyanye nâabasivili baharanira demokarasi muri Sudani, bibumbiye mu ihuriro Takadum, […]
Senateri Jim Risch asanga USA ikwiye guhindura politiki ya yo muri RDC nyuma y’ibyabaye mu matora
Umusenateri wâinararibonye wo muri Leta ya Idaho, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jim Risch, akaba umwe mu bagize komite ye sena ishinzwe ububanyi nâamahanga, asanga Amerika ikwiye guhindura politiki ya yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma yâibyagaragaye mu matora aheruka. Mu butumwa bwe yanyujije kuri X, Senateri Jim Risch yagaragaje ko Leta […]
Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe – Meteo Rwanda
Ukwezi kwa Mutarama 2024, guteganyijwemo imvura itari isanzwe imenyerewe, aho byabaye ngombwa ko Ubuyobozi bwâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Ubumenyi bwâIkirere (Meteo Rwanda) bwasabye inzego zitandukanye kwitwararika. Gahigi Aimable, Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda avuga ko hari ibice byâigihugu bizagira imvura yo ku rwego rwo hejuru nubwo hari ibindi bice bizavamo izuba. Mu bipimo bya Meteo Rwanda […]
Uganda: Impirimbanyi yâuburenganzira bwâabatinganyi yatewe icyuma
Impirimbanyi yâuburenganzira bwâabaryamana bahuje ibitsina muri Uganda, Steven Kabuye, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ushize yatewe icyuma nâabantu batamenyekanye igihe yari ari mu nzira ajya mu kazi nkâuko bivugwa nâumuryango akuriye. Uyu muryango, Coloured Voice -Truth to LGBTQ, ryacishije ubutumwa ku rubuga rwa X (rwahoze rwitwa Twitter) uvuga uti: “Amerewe nabi cyane, turasaba […]
RSF yatangaje ko yiteguye ibiganiro byo guhagarika intambara muri Sudani
Umutwe wa Rapid Rapid Support (RSF) wavuze ko witeguye guhagarika imirwano byihuse kandi nta mananiza binyuze mu biganiro nâIngabo za Sudani bahanganye kuva muri Mata 2023. Iki cyemezo kije mu gihe ingabo ziyobowe na Mohamed Hamdan Dagalo zashyize umukono ku itangazo rya Addis Abeba nyuma yo kuganira nâihuriro ryâabasivili, Taqadum, ku wa Kabiri maze bahamagarira […]
RDF n’Igisirikare cya Pakistan baganiriye ku kunoza ubufatanye mu bya gisirikare

Kuri uyu wa 3 Mutarama 2024, Umugaba mukuru wa RDF, Gen MK Mubarakh yakiriwe na Gen Sahir Shamshad Mirza, Umuyobozi wa Komisiyo zihuriweho zâAbagaba Bakuru bâIngabo za Pakistan (PAF)i Islamabad. Baganiriye ku buryo bwo gushimangira ubufatanye hagati ya RDF nâingabo za Pakisitani. Umubaga Mukuru wa RDF, General Mubarakh Muganga yari ayoboye itsinda rigizwe nâabasirikare bakuru […]
Ibitaro bizajya byita ku bantu bafite ibibazo byo mu mutwe byafunguwe i Kinyinya
Ibitaro bizajya byita ku bantu bafite indwara nâibibazo byo mu mutwe byitwa Kigali Referral Mental Health Centre, byatangiye gukora ku mugaragaro. Ibi bitaro bir mu Murenge wa Kinyinya, mu Karere ka Gasabo, bizajya byita ku buzima bwo mu mutwe ku rwego ruhanitse, bitewe nâibikoresho bigezweho ndetse nâabaganga bâinzobere bifite. Bifunguwe mu gihe ubushakashatsi bwa RBC […]
RDC: Umukandida Théodore Ngoy yajuririye ibyavuye mu matora mu rukiko
Umukandida mu matora ya perezida, ThĂ©odore Ngoy, yajuririye Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko iseswa ryâamatora ya perezida yo ku ya 20 Ukuboza 2023. Yatanze icyifuzo cye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Mutarama, igihe ntarengwa cyo kujuririra ibyavuye mu matora ku bakandida bahatanye imbere yâurukiko rukuru rw’igihugu. Aya matora yatsinzwe ku majwi […]
Moise Katumbi yahamagariye Abanyekongo guhaguruka bagatabara demokarasi
Mu ijambo yagejeje ku gihugu kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Mutarama 2024, umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi, MoĂ ÂŻse Katumbi yashimiye abaturage ba Congo kuba baratoye cyane nubwo habaye uburiganya mu matora bwateguwe na Komisiyo Yigenga yâAmatora (CENI). Ku bw’ibyo, Katumbi yahamagariye Abanyekongo guhaguruka bagatabara demokarasi nkâuko iyi nkuru dukesha Mediacongo.net ivuga. Yakomeje agira ati: […]
AU yamaganye igitero giherutse kugabwa na RED-Tabara mu Burundi
Perezida wa Komisiyo yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yamaganye « igitero cyâiterabwoba cyakozwe ku itariki ya 23 Ukuboza 2023 ku mupaka wa Vugizo, mu karere ka Gatumba, mu Burundi gituma hapfa abantu makumyabiri, abenshi bakaba ari abasivili  ». Perezida wa Komisiyo ya AU yamaganye byimazeyo iki gitero kibi kandi ashyigikira ibikorwa byose […]
Masaka: Abaturiye icyanya cyahariwe serivisi zâubuzima bahumurijwe
Nta muturage uturiye icyanya cyahariwe serivisi zâubuzima cya Masaka uzimurwa, ahubwo abahaturiye bazahabwa amabwiriza mashya yo kubaka ibintu byafasha abazaba bagana amavuriro azaba yubatse muri ako gace nk’uko byemejwe n’Umujyi wa Kigali watangaje ko. Kubera ibikorwa byâubuvuzi birimo gushyirwa i Masaka, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Igenamigambi ry’Imiturire mu Mujyi wa Kigali, Muhirwa Solange, yavuze ko bashaka […]
10 Kenyan clubs to grace Heartfelt Genocide Memorial in Rwanda
Ten Kenyan schools and clubs have landed an invite for the Heartfelt Genocide Memorial swimming championship slated for April 16 in Kigali, Rwanda. They include high-flying Umoja Sharks, Porterhouse School, Juja Preparatory, St. Christopher, Blue Marlin Swim Club, Premier Swim Club, Nyahururu Elite School, Lukenya Academy, Seahorses Aquatic Club and M-Pesa Foundation Academy. They will […]
Un éminent pasteur ougandais survit à  une tentative de meurtre
L’Ă©minent chef religieux et homme d’affaires ougandais Aloysius Bugingo a survĂ©cu Ă Â une attaque perpĂ©trĂ©e par des hommes armĂ©s inconnus qui ont tuĂ© son garde du corps dans la capitale, Kampala. Les hommes armĂ©s ont ouvert le feu sur le vĂ©hicule du pasteur Bugingo alors qu’il rentrait chez lui mardi soir dans la rĂ©gion de […]
Ikanzu yambawe na Princess Diana yaguzwe asaga miliyari yâAmanyarwanda
Muri Nzeri 2023, amakanzu atatu yamamaye yambawe na nyakwigendera Princess Diana yagurishijwe muri cyamunara ku madorari ibihumbi n’ibihumbi buri umwe. None, indi kanzu yambawe na Diana yashyizwe mu cyamunara ngo abifite bakomeze gukoresha amafaranga yabo. Iyi kanzu ya Princess Diana ya ballerina-style yakozwe na Jacques Azagury yashyizwe ku isoko mu cyamunara na Julien mu kwezi […]
Somalia yamaganye umuvuno wa Ethiopia wo kwemera Somaliland ngo ibone uko ikora ku nyanja
Igihugu cya Ethiopia cyiyemeje kwemera Somaliland nkâigihugu cyigenga kugirango na yo yemererwe kugera ku cyambu ku Nyanja Itukura. Guverinoma ya Somalia yavuze ko ayo masezerano ari “ukurenga ku busugire bwayo.” Kuri uyu wa Kabiri ushize, Guverinoma ya Somalia yamaganye amasezerano hagati ya Ethiopia n’akarere kayiyomoyeho ka Somaliland. Amasezerano yemejwe ku wa Mbere, azatuma Ethiopia ibasha […]
RNC yasabye Tshisekedi ubufatanye mu gukuraho ubutegetsi bwâu Rwanda
Ishyaka RNC rya Kayumba Nyamwasa rirasaba ubufasha bwa Tshisekedi kugirango rihindure ubutegetsi buriho mu Rwanda ubwo ryamushimiraga ku ntsinzi ye mu matora aheruka atavugwaho rumwe. Iri shyaka mu butumwa ryoherereje Tshisekedi ryemeje ko ryifuza gukorana na Felix Tshisekedi nkâumu âguideâ kugirango bagarure demokarasi mu Rwanda, ari na ko bamushimira kuba yongeye gutorwa. « RNC, ishyaka […]
Israel yiciye muri Liban umuyobozi wungirije wa Hamas
Isiraheli yashimangiye ko iyicwa ry’umuyobozi wa Hamas i Beirut kitari igitero cyagabwe kuri Libani, mu gihe abanzi bayo bayiburiye ko izabona “igihano” kubera ‘urupfu’ rwe. Umuvugizi wa Isiraheli yavuze ko Saleh al-Arouri yapfuye azize “igitero kidasanzwe ku buyobozi bwa Hamas”. Hamas yamaganye urwo rupfu, mu gihe umufatanyabikorwa wa yo, Hezbollah, we yavuze ko ari igitero […]
Corneille Nangaa yagizwe umuhuzabikorwa wâihuriro Alliance Fleuve Congo

Corneille Nangaa wahoze ayobora komisiyo yâamatora ya RDC, yagizwe umuhuzabikorwa wâihuriro Alliance Fleuve Congo rimaze igihe gito ritangirijwe muri Kenya rihuriyemo imitwe ya politiki nâiya gisirikare irwanya ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi. Itangazo ryasohowe na M23 muri iki gitondo cyo kuwa Gatatu, rivuga ko uyu mutwe wemeye kwiyunga kuri AFC no kwifatanya nâabandi kuko bizabafasha gukomeza […]
Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye
Polisi yâu Rwanda yatangaje ko umutekano muri rusange wari umeze neza mu bihe byâiminsi mikuru, ishimira abaturarwanda uko bitwaye muri ibyo bihe byo gusoza umwaka wa 2023 no gutangira umwaka mushya wa 2024. Byagarutsweho nâUmuvugizi wa Polisi yâu Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mutarama 2024, ari […]
Pasiteri Bugingo uzwi cyane muri uganda yarashwe
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko muri iri joro ryo kuri uyu wa 2 Mutarama 2024 , umuvugabutumwa w’icyamamare, Pasiteri Bugingo Aloysius yihutanwe mu bitaro bya Mulago nyuma yo kuraswa n’abantu bitwaje intwaro i Kampala. Pasiteri Aloysius Bugingo, yajyanywe mu bitaro byâigihugu by’icyitegererezo bya Mulago i Kampala nyuma yo kuraswa nâabantu bitwaje imbunda […]
Tokyo: Indege itwara abagenzi yagonze iya gisirikare iri kugwa 5 bahasiga ubuzima
Kuri uyu wa Kabiri, indege ya Japan Airlines yagonganye nâindege yâabasirikare barinda inkombe zâu Buyapani nyuma yo kugwa ku kibuga cyâindege cya Haneda i Tokyo igahita ifatwa nâinkongi yâumuriro. Umunyamakuru wa NHK yatangaje ko batanu muri batandatu bari mu ndege ya gisirikare bemejwe ko bapfuye nyuma y’impanuka. Sosiyete ya Japan Airlines yatangaje ko abagenzi n’abakozi […]
Abavuye mu Rwanda mu 1940, 1950, ntabwo bafatwa nkâAbagande â Minisiteri yâumutekano

âIbagirwa aba ngaba bavuye mu Rwanda ejobundi, abavuye mu Rwanda mu 1940, 1950, hanyuma baba hano, babyara abana, abana nabo babyara ikindi gisekuru, abo ntabwo bafatwa nkâAbagande,â iyi ni minisiteri yâumutekano muri Uganda ubwo yavugaga ku kibazo cyâAbagande bafite inkomoko mu Rwanda muri iyi minsi bikomeje kuvugwa ko bakomeje guhezwa no gufatwa nkâAbanyamahanga nyamara benshi […]
Burundi: CNDD-FDD yaba ishaka kwikuraho urupfu rwa Nkurunziza? Barashinja Amerika
Ngo Abarundi bizera ko ikitwa Globalisation Unipolaire AmĂ©ricaine NĂ©olibĂ©rale cyangwa Ingoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari cyo nyirabayazana y’urupfu rwa ba Perezida Ndadaye Melchior na Ntaryamira Cyprien, kubera intambara hagati y’abenegihugu yo kuva mu 1993 kugeza mu 2003, ndetse ni na yo iri inyuma yâigeragezwa ryâihirikwa ryâubutegetsi ryo kuwa 13 Gicurasi 2015, ibyakurikiye, […]
Bugesera: Haravugwa umugore nâumugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo
Mu Murenge wa Rilima, mu Karere ka Bugesera haravugwa umuryango abaturage bavuga ko wakoze umushinga wo kugambanira abagabo hagamijwe kubakuraho amafaranga, aho ngo kenshi muri urwo rugo humvikana urusaku abaturage bahurura bagasanga nâumugabo wicajwe hasi agaraguzwa agate, harimo nâabandi bagabo harimo ugaragaza ko ari nyiri urugo uje agasanga umugore we ari gusambana nâundi mugabo bikarangira […]
Une femme rwandaise et son frĂšre arrĂ ÂȘtĂ©s pour un complot prĂ©sumĂ© visant Ă Â tuer son petit ami suisse
Une femme rwandaise a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ©e samedi aprĂšs avoir prĂ©tendument recrutĂ© et conduit un groupe de « tueurs Ă Â gages  » dans un hĂŽtel oĂ Âč elle projetait de tuer son petit ami suisse, dans le quartier de Westlands Ă Â Nairobi. Elle avait engagĂ© des tueurs Ă Â gages qui Ă©taient des flics infiltrĂ©s pour Ă©liminer son […]
Kenya: Umunyarwandakazi afunzwe akekwaho gushaka kwicisha umukunzi we wâUmusuwisi
Abapolisi bari bigize abicanyi bakodeshwa bafashe umugore wâUmunyarwandakazi na musaza we, batavuzwe amazina, ubwo bateguraga umugambi wo kwica inshuti ye yâUmusuwisi. Kuri ubu uyu mugore afungiwe kuri sitasiyo ya polisi mbere yâuko agezwa imbere yâurukiko kuri uyu wa Kabiri. Abashinzwe iperereza bavuga ko abo bapolisi babonye amakuru ku mugambi we. Umusuwisi wâimyaka 50 bashakaga kwica […]
Mu gihe USA isaba umucyo ku byavuye mu matora EAC yashimiye Tshisekedi
Amerika yitaye ku byavuye mu matora by’agateganyo byatangajwe na komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RD Congo (CENI) ku itariki ya 31 Ukuboza 2023, byerekana ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi ari imbere ku bwiganze bwâamajwi. itangazo rya Ambasade ya Amerika i Kinshasa rigira riiti « Turabizi ko abakandida benshi banze kwakira ibisubizo by’agateganyo. Icyakora, twongeye gushimangira ko […]
Utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Koreya yaterewe icyuma mu kiganiro n’abanyamakuru

Ibiro Ntaramakuru Yonhap biravuga ko umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi bwa Koreya y’Epfo yatewe icyuma mu kiganiro nâabanyamakuru mu mujyi wa Busan uri ku cyambu. Lee Jae-myung, watsinzwe mu matora ya perezida mu 2022, yatewe icyuma ku ruhande rw’ibumoso rw’ijosi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Uwakoze iki gitero yafatiwe aho. Raporo zivuga ko Lee […]
Bimwe mu bintu by’ingenzi byitezwe mu Rwanda no ku Isi mu 2024

Muri 2024, ku Isi yose ndetse no mu Rwanda hitezwe byinshi, kuko ari bwo gahunda yâimyaka 7 yâingamba zâiterambere NST 1 izagera ku musozo ndetse hanabe amatora azaba akomatanyije ayâumukuru wâigihugu nâayâabadepite bakazagira manda y’imyaka 5, mu gihe mu Buhinde, Mexico, na Amerika naho hategerejwe amatora. Dore ibintu bimwe na bimwe byitezwe mu 2024 Gashyantare […]
Ibiro byâishyaka rya Moise Katumbi i Mbujimayi byagabweho igitero gikomeye
Abarwanashyaka batatu bo muri Ensemble pour la RĂ©publique, ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi rya MoĂ ÂŻse Katumbi, bakomeretse bikabije, kandi icyicaro cyâiryo shyaka kirasahurwa i Mbujimayi, umurwa mukuru wâintara ya Kasai-Oriental, rwagati muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi bintu byabaye kuri iki cyumweru, nyuma yâitangazwa ryâintsinzi ya FĂ©lix Tshisekedi mu matora ya perezida yo ku ya […]
Burundi: Umuryango Inamahoro wanenze ibirego Ndayishimiye ashinja u Rwanda
Umuryango Inamahoro wâabari nâabategarugori baharanira amahoro mu gihugu cyâu Burundi, wanenze ibirego Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda, avuga ko rufasha umutwe wa RED-Tabara. Kuri Marie Louise Baricako, perezidante wâuyu muryango, ngo ibyo birego biragaragaza uburyo Perezida Ndayishmye ashaka guhunga inshingano ze no kudashaka ibisubizo. Marie Louise Baricako yagize ati « Njye nibaza ko icyo ari […]
Ruhango: Ibura ry’amafaranga ryadindije inyubako igezweho muri Gare
Imyaka ibiri irabura amezi ane ngo irangire uhereye igihe hashyizwe ibuye ryâifatizo ku umushinga wo kubaka inyubako igezweho muri Gare ya Ruhango, bikaba byari biteganyijwe ko yagombaga gutahwa mu mezi ya mbere yâumwaka wa 2024 ariko ikaba yaradindiye. Iyo nyubako iri mu zigeretse kandi zubatswe mu buryo bwa kijyambere zizaba ziri mu Karere ka Ruhango, […]
Umwamikazi wa Danemark yeguriye kuri televiziyo bitunguranye
Umwamikazi wa Danemark, Margrethe II, yatangaje ko yeguye ku buryo butunguranye muri televiziyo mu gihe yagezaga ku gihugu ijambo ry’umwaka mushya. Azavaho ku mugaragaro ku itairki ya 14 Mutarama, aho hazaba hashize imyaka 52 abaye umwamikazi kuri uwo umunsi . Yatangaje ati: “Nzasigira umuhungu wanjye, igikomangoma Frederik.” Uyu mukecuru w’imyaka 83 niwe mwamikazi wenyine uganje […]