U Bubiligi: Ubujurire bwa Neretse buzakomeza mu kwezi gutaha
Ubujururire mu rubanza rw’Umunyarwanda, Fabien Neretse ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi rwashyizwe muri Gicurasi muri uyu mwaka. Neretse yari yakatiwe n’urukiko rwo mu Bubiligi rwa Assize mu Kuboza gufungwa imyaka 25 ku bwo guhamwa n’ibyaha bya jenoside. Yajuririye iki gihano, kuwa 29 Mata agaruka mu rukiko gusa umucamanza atangaza ko urubanza rw’uyu mugabo rwazakomeza […]
Karongi: Umusore yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 17
Umusore witwa Tuyishime Boaz utuye mu Murenge wa Gishyita, Akagari ka Cyanya, Umudugudu wa Gitovu, yaguwe gitumo ubwo yari arimo gusambanya umwana wâumukobwa uri mu kigero cyâimyaka 17, usanzwe ari umunyeshuri mu rwunge rwâamashuri rwa Gishyita. Inzego z’umutekano n’ubuyobozi ku mugoroba wo kuwa 28 Mata 2020, ahagana saa kumi nâigice, mu Karere ka Karongi ku […]
Gakenke: Abaturage bashobora kwibasirwa n’inzara nyuma y’imvura yangije imirima y’imiceri
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke bahinga umuceri baravuga ko imvura yangirije imirima yabo y’umuceri igera kuri hegitari 32, ingingo ituma hashobora kwaduka inzara ndetse n’ubukene. Abaturage bavuga ko imvura yaguye mu ijoro ryo kuwa Kabiri tariki 28 Mata, yangirije hegitari zâumuceri. Mu hibasiwe cyane ni igishanga cya Nyabitare nkâuko ubuyobozi bwatangarije The New Times. […]
RIB dimisses sexual assault claims by refugees from Libya
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has concluded that allegations of sexual assault by a minor refugee at the Gashora Emergency Transit Centre against a Rwanda National Police commander at the centre in Bugesera district are unfounded. The Ministry of Emergency Management (MINEMA), which manages the camp together with the United Nations High Commission for Refugees (UNHCR) […]
U Burundi buravuga ku ngabo zabwo zivugwa ko zaba ziri ku butaka bwa Congo
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi yavuze ko nta ngabo z’iki gihugu ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, anyomoza amakuru amaze igihe azivugwaho ko zijya kurwanya imitwe irwanya ubutegetsi bwazo Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uyu Muvugizi yabwiye BBC ko nta ngabo z’u Burundi ziri mu kindi gihugu mu buryo butazwi. Uyu muyobozi […]
Nanga gushaka kuko n’ubundi sinamarayo kabiri- umukobwa ufite umwana umwe
Umukobwa uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali akaba afite umwana umwe avuga ko atashaka umugabo kuko n’ubundi asanga badateze kurambana. Uyu yanditse akoresheje urubuga info@bwiza.com, avuga ko kuba afite umwana umwe bimuhagije kandi ko byamurinda kuba inganzwa y’umugabo yazaba ashatse. Uyu utaratangaje amazina ye, ati ” Ndi fiye mere [fille mere] w’umwana umwe. Nanga […]
Kwibuka 26: Hari abagifite ingengabitekerezo ya jenoside yo ku ishyiga
Itegeko no 59/2018 ryo ku wa 22/08/2018 ryerekeranye nâicyaha cyâingengabitekerezo ya Jenoside nâibindi byaha bifitanye isano na yo ribisobanura mu ngingo yaryo ya kane ko, ingengabitekerezo ya Jenoside ni igikorwa gikozwe mu ruhame, byaba mu magambo, mu nyandiko, mu mashusho cyangwa ku bundi buryo kigaragaza imitekererereze yimakaza cyangwa ishyigikira kurimbura abantu bose cyangwa bamwe muri […]
Libya yabaye urubuga rwo kugeragerezaho intwaro nshya-LONI

Umuryango w’Abibumbye utangaza ko Libya yabaye isibaniro ry’imirwano kuva mu 2011 kuri ubu yahindutse ikibuga cyo gusuzumiraho no kugerageza intwaro nshya ku bihugu bitandukanye ku Isi. Intumwa idasanzwe ya LONI muri Libya, Stephanie Turco Williams, kuwa Kane w’icyumweru gishize yatangarije abanyamakuru ko Libya yabaye iseta yo kugerageza intwaro nshyashya. Ati ” Libya yabaye urubuga rwo […]
Gasabo: Abaturage bagera ku 5,000 baratabaza Perezida Kagame

Abaturage bagera ku bihumbi bitanu bashoye imari mu mushinga wa Kompanyi yitwa Unlimited Wealth Network (UWN) yororera inkoko ahitwa ku Gasima mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, baratabaza Umukuru w’Igihugu bavuga ko bashobora kuba barakorewe ubwambuzi bw’amafaranga bashoye ndetse ubu bakaba basaba nibura guhabwa inyungu z’amezi abiri ngo bifashishe mu bihe bya Coronavirus […]
COVID-19: Perezida Kagame yavuze ko hazasuzumwa niba hakiri igihe cyo kuguma mu rugo
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame avuga ko inama yâabaminisitiri iteganyijwe muri iki cyumweru izafatirwamo umwanzuro niba gahunda ya Guma mu rugo izongerwa cyangwa habaho gufungura bimwe mu bikorwa. Ibi yabitangaje mu kiganiro nâabanyamakuru ku gicamunsi cyo kuwa 27 Mata 2020. Ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije niba u Rwanda ruteganya gufungura bimwe mu bikorwa […]
Nyagatare/Karama: Ufite ubumuga bw’ingingo arataka akarengane n’itotezwa amazemo imyaka itanu
Umuturage witwa Epimaque Kanyawera uzwi ku mazina ya Runyunya cyangwa Sisitimu, utuye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Nyacyiga, Umurenge wa Karama, arataka gutotezwa n’akarengane abamo kuva mu myaka itanu ishize, ashinjwa kuba yaratanze amakuru kuri ruswa bityo akaba yarahagarikiwe ubufasha bwâabatishoboye bwose ndetse ngo aranakubitwa. Kanyawera yatangarije Bwiza.com ko imvano yâibyo akarengane ikomoka ku […]
25/4/ 1994: Abafaransa muri LONI barwanyije ko ibyaberaga mu Rwanda byakwitwa jenoside
Ku wa 25 Mata mu 1994, Leta yariho icyo gihe, yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 25 Mata mu 1994. Leta yâabicanyi yakomeje gushyigikirwa nâAbafaransa mu Kanama ka Loni gashinzwe Amahoro ku isi, barwanya ko ijambo âgenocideâ ryakoreshwa Kuva tariki 7/4/1994 jenoside itangiye, […]
Rubavu-Busasamana : Abaturage bageneye abo mu mujyi toni z’ibirayi n’iz’imboga

Abaturage bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu batanze ibiribwa bigizwe na toni 4.5 zâibirayi na toni 20 zâimboga zâamashu ku baturage bo Mu mirenge ya Gisenyi na Rubavu batabasha gukora kuko bakoreraga i Goma ubu bakaba batacyambuka. Itsinda ryari riyobowe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Busasamana, Nsabimana Mvano Etienne ryataganje ko iki gikorwa […]
Karongi: Umugabo afunzwe akekwaho kwica mugenzi we amuteye icyuma
Umuturage wo mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, Akagari ka Tyazo, Umudugudu wa Karambi, Rwamudanga Vianney yateye icyuma mugenzi we, Habumuremyi Evariste ubwo ubuyobozi bwarimo bushaka uko bwamugeza kwa muganga ahita ashiramo umwuka. Ibi bikaba byabaye ku mugoroba wo kuwa 24 Mata 2020 ahagana mu ma saa kumi nâebyiri zishyira saa moya zâijoro, bakaba […]
Abanyamategeko ba Gen. Tumukunde barataka guterwa ubwoba
Mu kwezi kwa Mata uyu mwaka, Rtd. Lt. Gen. Henry Tumukunde yatawe muri yombi ashinjwa ibyaha byo gutunga intwaro mu buryo butemewe ndetse nâubugambanyi. Abamuburanira barataka guterwa ubwoba n’abantu batandukanye n’ubwo batabatangaza amazina. Nyuma yo gutabwa muri yombi, muri bimwe byagaragajwe nkâibimenyetso, hari aho ubugenzacyaha bugerageza kugaragaza ko amwe mu magambo ya Gen. Tumukunde, yashishikariza […]
Rwanda registers highest daily increase of 22 new cases, raising total to 176
The Rwandan Ministry of Health reported late Friday 22 new COVID-19 cases, the largest single daily increase since the country registered its first case on March 14, bringing the total cases to 176. The new cases “reflect a rise in cases of cross-border truck drivers and their assistants,” the ministry said in its daily coronavirus […]
Rubavu: Uwakekwagaho gutema inka y’uwarokotse Jenoside yishwe arashwe ashaka gutoroka
Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko Polisi yâu Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yarashe, yica, Sibomana Jean Pierre washakaga “gutoroka” nyuma y’aho afashwe akekwaho kwica inka ya Nyiramagori Rachelle, umupfakazi wâabana batatu warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Aya makuru avuga ko uyu Sibomana yarashwe agerageza gutoroka aho yari afungiwe muri Gereza ya Kanama. […]
Rubavu: Bafite ubwoba ko abakora magendu bashobora kubanduza COVID-19
Bamwe mu baturage batuye mu bice byegereye ku mupaka uhuza Umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo na Rubavu mu Rwanda, bavuga ko bafite impungenge ko abashumba bambuka mu buryo butemewe bashobora kuba intandaro yo kwandura Coronavirus. Bamwe mu baganiriye na Radiyo ijwi ry’Amerika batangaje ko hari abashumba bakijya kugurisha amata muri Congo, […]
Musanze: Uwambuwe inka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu yayisubijwe
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze, Muremangingo JerĂ´me atangaza ko umuryango wa Iyamumpaye Emmanuel nâumugore we, Uwamariya Jacqueline batuye mu Mudugudu wa Kamicaca mu Kagari ka Kamwumba Umurenge wa Nyange, bamaze gusubizwa inka wahawe muri Girinka, bari bambuwe bivugwa ko basuzuguye mudugudu. Bwiza.com kuwa 22 Mata yabagejejeho inkuru igira iti âMusanze: Bambuwe […]
24/4.1994: Abatutsi benshi biciwe ku musozi wiswe Kaluvariyo
Tariki ya 24 mata 1994 ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi bwarakomeje hirya no hino mu gihugu, hicwa Abatutsi benshi. Abasirikari bagize uruhare rukomeye mu kwihutisha Jenoside mu majyepfo, ku isonga hari abasirikari abarindaga uwahoze ari perezida, Habyarimana Juvenal, bafatanije nâabandi basirikari ndetse nâabajandarume. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi barenza ibihumbi ijana na mirongo itanu […]
Rubavu: Gitifu wâakagari yatawe muri yombi akekwaho kwakira ruswa ya Frw 10,000
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha mu Karere ka Rubavu, rutangaza ko rwataye muri yombi Umunyambaganga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Gikombe mu Murenge wa Rubavu, Sentwari David akekwaho kwakira ruswa yâamafaranga ibihumbi icumi. Itabwa muri yombi rya Gitifu Sentwari rayabaye ku mugoroba wo kuwa 23 Mata, akaba akurikiranweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke ayihawe nâumuturage wubakaga urupangu rwâinzu […]
COVID-19: MINICOM ivuga ko hari uburyo buteganyijwe bwo korohereza ubucuruzi
Minisiteri yâUbucuruzi nâInganda (MINICOM) itangaza ko hari ingamba zafashwe zigamije kuzagoboka ubucuruzi kugira ngo bubashe guhangana nâingaruka zizaba zaratejwe nâicyorezo cya Coronavirus. MINICOM itangaza ko izi ngamba zizatangira gukoreshwa muri Gicurasi uyu mwaka nkâuko yabitangaje ku wa 22 Mata. Leta yâu Rwanda yemera ko Coronavirus yagize ingaruka ku bukungu bwâiki gihugu ndetse no ku Isi […]
23/4/1994: Ubwicanyi ku Batutsi ku cyuzi cya Nyamagana
Icyuzi cya Nyamagana cyashyizweho mu gihe cyâUmwami RUDAHIGWA cyo kuhirira imyaka ariko mu gihe cya Jenoside haroshywemo Abatutsi benshi ndetse hari bariyeri ikomeye cyane. Icyuzi cyari muri Komine Kigoma muri Segiteri ya Remera ubu ni mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana. Mu gihe cya Jenoside, Abatutsi benshi bari baturutse muri perefegitura ya Gikongoro […]
Rubavu: Abaturage bavuga ko hari umugabo barega bagafungwa

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Nyaruhengeri, Akagari ka Basa, Umurenge wa Rugerero baravuga ko hari umugabo witwa Innocent Nshimiyimana ufata amasambu yâabaturage ku ngufu, bamurega, ubuyobozi bukabafunga. Umwe mu bahaye amakuru Bwiza.com utashatse ko amazina ye atangazwa avuga ko Nshimiyimana asaba abaturage ko bamugurisha amasambu yabo, babyanga imyaka yabo ikangirizwa. Avuga ko umuturage […]
Nsabiye uwo tuzashakana- Umukobwa wâ i Huye
Umukobwa uvuga ko atuye muri umwe mu Mirenge igize Akarere ka Huye, avuga ko yumva afitiye impuhwe umusore bazashakana agendeye ku buryo abona bigoye ko yahazwa nâumugabo umwe. Uyu mukobwa yasabaye Bwiza.com ko amazina ye yagirwa ibanga, atangaza ko â Ubwo yigaga muri kaminuza yaryamanye nâabasore benshi ku buryo yumva asabiye uwo bazashakana bitewe nâuko […]
Musanze: Bambuwe inka ihaka nâiyayo ku bwo âgusuzuguraâ mudugudu
Umuryango wa Iyamumpaye Emmanuel nâumugore we, Uwamariya Jacqueline batuye mu mudugudu wa Kamicaca mu Kagari ka Kamwumba Umurenge wa Nyange, akarere ka Musanze bavuga ko bababajwe nâuburyo bari bamaze umwaka nâamezi atatu bahawe inka muri gahunda ya Giriinka gusa bakayamburwa kuko ngo basuzuguye mudugudu nkâuko abandi baturage bavuga. Aba baturage batangarije TV1 ko bambuwe iyi […]
Umuyobozi wa Boko Haram ashobora kumanika amaboko-Igisirikare cya Nigeria

Igisirikare cya Nigeria gitangaza ko Umuyobozi wâUmutwe wa Kiyisilamu, Boko Haram, Aboubakar Shekau ashobora kumanika amaboko bitewe nâuko umutwe ayobowe usumbirijwe. Ubuyobozi bwa gisirikare butangaza ko ibi bubishingira ku kuba mu mvugo zaranze Shekau mu minsi ishize, yaragaragayemo gucika intege, ko â ashobora kuyamanika.â Uyobora ishami ryâamakuru ya gisirikare muri Nigeria, Major General John Enenche […]
CHOGM 2020 in Kigali postponed
The 26th Commonwealth Heads of Government Meeting (Chogm) scheduled for later this year in Rwanda has been postponed due to coronavirus. The Commonwealth Secretariat on Tuesday said the summit set to take place from June 22 â 27 had been pushed to a later date. âThe 26th CHOGM and associated events will be held in […]
Gasabo: Abasaga 3,500 baratabaza nyuma yo gushora imari muri kompanyi yorora inkoko
Abaturage basaga ibihumbi bitanu bashoye imari mu mushinga wa Kompanyi yitwa Unlimited Wealth (UWC) yororera inkoko ahitwa ku Gasima mu Kagari ka Musave mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, baratabaza bavuga ko bashobora kuba barakorewe ubwambuzi cyangwa icyo bita ubugome, amafaranga bashoye bakaba bagiye kuyabura. Umwe muri aba baturage utashatse gutangaza amazina ye […]
Nyamasheke: Gitifu arashinjwa gutwara ifu y’imyumbati y’abaturage
Abaturage bakorera ubucuruzi mu isoko rya Rwesero riri mu Kagari ka Rwesero, bavuga ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari riherereyemo, Jeanette Mukandayisenga yabatwariye ibicuruzwa kuko batanze amakuru. Aba baturage kuwa 14 Mata batanze amakuru kuri Radio Isangano, aho bavuze ko gitifu wabo yabaciye amafaranga kuko bafite ubucucike ku bitara bakoreraho mu isoko nyamara hari abacucitse ku barusha. […]
Umukozi yirukanwe ku bwo guhurira na bosi we muri esanseri
Umukozi witwa Egware Emmanuel wo muri hoteli mu Mujyi wa Blantyre muri Malawi yirukanwe ku kazi ku bwo guhurira na bosi we muri esanseri. Egware nk’uko Malawi Times ibitangaza, yahuye na bosi we ubwo yava kurya saa sita mu gihe bosi we ari bwo yari aje mu kazi. Uyu mugabo avuga ko ” Yazamutse muri […]
Umuhungu yaranyanze ngo mama asa nabi-Umukobwa w’i Muhanga
Umukobwa Charlotte Mukamana (amazina yahinduwe nk’uko yabisabye) avuga ko yanzwe n’umusore bakundanaga ubwo yakubitaga amaso nyina umubyara. Muakamana yanditse ubutumwa bwe kuri info@bwiza.com avuga ko atuye muri umwe mu mirenge yo mu Karere ka Muhanga. Avuga ko ” Yakundanye n’umusore uvuka mu Ruhango kuko na we ari ho yakoreraga. Baje gutandukana bitewe n’umwanda wa nyina […]
Nigeria: Hadutse agatsiko kitwa One Million Gang kiba kakanafata abagore ku ngufu
Hadutse agatsiko k’abasore biyita ‘One Million Gang’ mu Mujyi wa Lagos ryiba, rikanafata abagore ku ngufu muri ibi bihe bya Coronavirus. Iri tsinda ryashinzwe hagamijwe gukora ibikorwa by’ubujura rigizwe n’abantu 20 mu gace ka Agejunle. Aba basanzwe biba i Lagos no mu duce tuhakikije. Muri ibi bihe bya Coronavirus, abagore baribasiwe muri Nigeria aho insoresore […]
Ibimenyetso bishya birerekana akaboko k’Igikomangoma Salman mu kwica Khashoggi
Ubushinjacyaha bwa Turukiya kuwa Mbere tariki 20 Mata bwashyize hanze ibindi bimenyetso bikomeza gutunga agatoki igikomangoma cyimitswe cya Arabia Saudite, Mohammed bin Salman uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru, Jamal Khashoggi. Ubushinjacyaha bw’iki gihugu bwashyize hanze ibirego ku bantu 20 bose bakomoka muri Arabia Saudite; barimo babiri ba hafi ku gikomangoma Salman ko bagize uruhare mu kwica […]
Rubavu: Bamwe mu baturage ntibakozwa ibyo kubabuza kugurisha imitungo yabo
Bamwe mu baturage mu Karere ka Rubavu bavuga ko umutungo utimukanwa w’umuntu ari wo umugoboka igihe bibaye ngombwa bityo ko batemeranya n’ubuyobozi bw’Akarere bubuza ushaka kuwugurisha ngo arengere abe muri ibi bihe bya guma mu rugo hirindwa Coronavirus. Bwiza.com kuwa 19 Mata yabagajejeho inkuru ifitwe ugira uti ” Rubavu: Nta wemerewe kugurisha imitungo ye muri […]
Perezida wa Brasil yagiye mu myigaragambyo ya guma mu rugo

Perezida w’igihugu cya Brasil, Jair Bolsonaro yiyunze ku magana y’abaturage bigaragambya bamagana umwanzuro wafahswe na ba guverineri b’uduce tugize iki gihugu wo kuguma mu rugo hirindwa Coronavirus. Perezida Bolsonaro ku Cyumweru tariki 19 Mata 2020, yari mu bigarambya ari kumwe n’abamurinda. Yabwiye abaturage ko ” Ari kumwe nabo kuko yemera ibitekerezo batanga ku kibazo cyo […]
Nigeria: Bamwe mu baturage batangiye kurya imbeba kubera Coronavirus
Umuyobozi w’abaturage gakondo ba Biafra muri Nigeria, Nnamdi Okwu Kanu avuga ko bamwe mu baturage bo mu bwoko bw’Abayoruba batangiye kurya imbeba kubera kuguma mu rugo birinda kwandura Coronavirus ariko bakabura ibiribwa. Iyi mpirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu ivuga ko Abayoruba batangiye kurya imbeba kubera inzara. Uyu mugabo w’imyaka 52 ati ” Uko twaryaga imbeba mu […]
Imirwano yubuye hagati ya Gen. Haftar na Leta ya Libya
Imirwano hagati ya Gen. Khalifa Haftar na Leta ya Libya yemewe n’Umuryango Mpuzamahanga (GNA) yarubuye mu minsi ibiri ishize mu gace ka Tarhouna mu bilometero 88 uvuye mu majyepfo y’Umujyi wa Tripoli. Imirwano yatangiye kuwa Gatandatu tariki 18 Mata ubwo Ingabo za Leta zagabaga igitero zigamije kwisubiza Umujyi wa Tarhouna wari mu maboko y’abarwanyi ba […]
Rwamagana: Umuturage avuga ko umugabo we yihagarika amaraso nyuma yo gukubitwa na mudugudu nâirondo
Umugore witwa Yozefa Musabyemariya utuye mu Mudugudu wa Nkongi mu Kagari ka Kangamba mu Murenge wa Karenge avuga ko umugabo we, Innocent Nsengiyumva yakubiswe n’Umuyobozi w’Umudugudu witwa Alexandre Iyakaremye ubwo yari kumwe nâirondo ry’umwuga mu ijoro ryo kuwa 4 Mata 2020. Uyu mugore w’imyaka 42 yatangarije Bwiza.com, ko umugabo we w’imyaka 53 yakubiswe ubwo yavanwaga […]
Rubavu: Umugabo ntagitera akabariro bitewe n’uko Premier League yahagaze
Umugore uvuga ko yitwa Kantengwa Marie akaba atuye i Rubavu, avuga ko umugabo we yahagaritse akababriro kuko ngo Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (Premier League) yahagaze kubera Coronavirus. Uyu mugore avuga ko ari mu kigero cy’imyaka 34 akaba afite abana babiri, ngo umugabo we ufana Manchester United nta kimwikoza kubera umupira w’amaguru. Yanditse agira ati […]
Uko umukobwa yaroze nyina ngo abone uko azajya aryamana na Se
Umukobwa wamenyakanye ku mazina ya Sharon ukomoka muri Nigeria ariko akaba i Londres mu Bwongereza yaroze nyina umubyara ahaka kumwikiza ngo uko azajya aryamana na Se umubyara nta we ubarogoya. Umwe mu batangaje iyi nkuru nk’uko ibinyamakuru nka Naija news ku mbuga nkoranyambaga (izina rye ryagizwe ibanga), yatangaje ko uyu mukobwa yikijije nyina wari kubangamira […]
Abaturage bakiriye bate iyongerwa ryâigihe cya guma mu rugo?
Inama idasanzwe yâAbaminisitiri yateranye kuri uyu wa 17 iyobowe na Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame yongereye igihe cyo kuguma mu rugo kugeza ku wa 30 Mata 2020. Ibi ni imwe mu ngamba zafashwe na Leta mu gukomeza gukumira no kwirinda ikwirakwira ryâicyorezo cya Coronavirus. Ku ngingo yâuburyo bakiriye uku kongerwa kwâibihe byo kuguma […]
Rwanda extends lockdown to April 30
The Rwanda government has extended the countryâs lockdown to April 30, as the number of confirmed coronavirus cases continue to rise. Following a cabinet meeting held on Friday, the government agreed to extend the lockdown for a second time by 11 days. The lockdown was expected to end on April 19. âUnnecessary movements and visits […]
Polisi muri Nigeria yarashe umwana muto mu kibuno
Polisi mu gihugu cya Nigeria muri Leta ya Delta mu gace kitwa Sepele yarashe umwana muto w’umuhungu mu kibuno ubwo habaga imyigaragambyo yo kwamagana gahunda yo kuguma mu rugo hirindwa Coronavirus. Abagore bo muri Sepele bari biganje mu bigaragambya mu buryo bw’amahoro nyuma y’aho kuwa 13 Mata, Perezida Buhari yongereye igihe cyo kuguma mu rugo […]
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umugore witwa Mama Fina (amazina yahinduwe) uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwiga, yagaruka agasanga umugabo we yibanira n’umukozi wabo nk’umugore n’umugabo. Uyu mugore uvuga ko afitanye n’umugabo we abana babiri’ umukobwa w’imyaka 9 n’umuhungu w’itanu, yifashihshije urubuga Info@bwiza.com yavuze uko byamugendekeye. Uyu mugore uvuga ko yumva umugabo we yamugambaniye, ati […]
USA: Umusenateri yavuze ko abaturage benshi bapfa aho kugirango ubukungu buhungabane
Umusenateri wa Leta ya Indiana, Joseph Albert “Trey” Hollingsworth III atangaza ko abaturage benshi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bapfa ari benshi ariko ubukungu bw’igihugu ntibuhungabane. Ibi yabitangaje kuwa Kabiri tariki 14 Mata mu kiganiro na Radiyo WBIC yo muri Indiana. Uyu mugabo w’imyaka 36 wo mu Ishyaka ry’Aba-Repubulikani ati ” Gushyira imbere ubukungu […]
Afurika ni yo ishobora kuba izingiro rya Coronavirus-OMS
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ritangaza ko Umugabane wa Afurika ushobora kuba isibaniro ry’icyorezo cya Coronavirus bitewe n’ubwiyongere bwacyo mu byumweru bike bishize. OMS ivuga ko ibi bishoboka bigendeye ku kuba Coronavirus ikomeje gukwirakwira muri Afurika mu gihe uburyo bwo guhangana n’iki cyorezo bugiciriritse kuri bimwe mu bihugu bigize uyu mugabane. Umuyobozi wa […]
Igikomangomakazi cya Arabia Saudite cyabonetse nyuma y’umwaka kiburiwe irengero
Igikomangomakazi cya Arabia Saudite, Basmah bint Saud bin Abdulaziz Al-Saud, cyari kimaze umwaka cyaraburiwe irengero byamenyekanye ko gifunzwe. Basmah kuwa Kane tariki 16 Mata ni bwo yasohoye itangazo asaba nyirarume, Umwami wa Arabia Saudite, Salman ndetse n’igikomangoma cyimitswe (Crown Prince) akaba na mubyara we, Mohammed bin Salman kumfungura aho afungiwe muri gereza. Basmah usanzwe azwiho […]
Bamwe mu bo muri PSF baratabaza Leta
Ishami rireba iby’ubushabitsi mu bukerarugendo mu rwego rw’abikorera mu Rwanda (PSF) ryandikiye ikigo gishinzwe iterambere,RDB, risaba leta kugoboka abacuruzi muri uru rwego kubera igihombo barimo, ndetse batakomeza kubarirwa inyungu ku madeni bafitiye za banki. U Rwanda rugiye kumara ibyumweru bine(4) ruhagaritse ubuzima busanzwe, hakorwa ibya ngombwa cyane gusa, mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira rya coronavirus. […]
Umugabo yafashwe na kamera arya igikeri kizima
Umugabo w’Umushinwa yagaragaye arya igikireri kizima yari asanze mu isoko rigurishirizwamo inyamaswa zo kurya nzima. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaraza uyu mugabo afashe igikeri akirya agihereye ku mutwe, nyuma akarya n’ibyo mu nda. Abari aho n’ubwo Abashinwa bamenyerewe kurya inyamaswa zimwe na zimwe, bari batangaye ahubwo batangira kwifatira amashusho. Aya mashusho atarenza amasegonda 57 […]
Trump avuga ko ibindi bihugu bituma Amerika iza imbere mu barwayi ba Coronavirus
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko ibihugu bibeshya imibare y’abanduye n’abahitanwe n’icyorezo cya Coronavirus, bigatuma Amerika ihora imbere mu kugira umubare w’abanduye kuri iki kibazo ku bwo kuvugisha ukuri. Mu ijambo avuga buri munsi rijyanye n’uko iyi virus yifashe, Trump yavuze ko gahunda irambuye yo gufungura ubuzima busanzwe iri butangazwe […]
Abakize COVID-19 bazongera basuzumwe
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, (RBC) gitangaza ko abatangajwe ko bakize icyorezo cya Coronavirus bazongera gusumwa iki cyorezo ngo harebwe ko bakize burundu. Uku gusuzumwa nk’uko RBC ibitangaza, kugamije kureba ko koko nyuma yo gusezererwa bameze neza. Umuyobozi Mukuru wa RBC, Dr. Sabin Nsabimana ati ” Abasezerewe bose bakize Coronavirus bazasuzumwa ngo harebwe ko […]
Kenya: Abaturage bagaragaye bambaye amakariso y’abagore akaswe nk’udupfukamunwa
Abaturage bo mu cyaro cya Mathare, agace ka Maragua muri Murang’a muri Kenya bagaragaye bampaye amakariso y’abagore akase nk’udupfukamunwa dukoreshwa hirindwa Coronavirus. Aba baturage bavuga ko utwo bita udupfukamunwa baduhawe n’bacuruzi, bababwira ko batubagurishije kuri make kandi polisi yari yakamejeje ko utazakambara azafungwa amezi atandatu. Abaganiriye na Inooro TV bavuga ko ” Icyabateye kugura utwo […]
COVID-19: Abaturage muri Nigeria bagabye igitero ku modoka yari itwaye imigati
Abaturage bo mu cage ka Agege mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria barembejwe n’inzara ku bwo kuguma muri Nigeria birinda kwandura Coronavirrus, bagabye igitero ku modoka itwara imigati, basahura iyo bajya kurya. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza abaturage benshi buzuye mu mwango (umuryango w’imodoka) no mu madirishya yayo barwanira gukuramo imigati. Kuva hashyirwaho amabwiriza […]
Uburusiya bwohereje inyeshyamba zo muri Syria gufasha Gen. Haftar
Amagana y’inyeshyamba zo muri Syria yerekeje muri Libya gufasha Gen. Khalifa Haftar uhanganye na Leta yemewe ya Tripoli kuva mu mwaka ushize. Umwe mu basesenguzi kuri politiki w’Umunya-Syria nk’uko Alaraby ibitangaza, abinyujije kuri Twitter yavuze ko izi nyeshyamba zagiye muri Libya zimaze guhabwa imyitozo na Kompanyi yigenga y’Abarusiya yitwa Wagner. Abahaye News Arab amakuru bavuga […]
Rwanda: Polisi amsaidia mkazi aliyekuwa anataka kufungwa
Mkazi mmoja eneo la Kicukiro mjini Kigali alikuwa na FRW 500 amemuomba Polisi kufungwa juu ya matatizo aliyonayo nyumbani, halafu polisi akampa Frw 5,000. Mzee mmoja kulingana na taarifa za facebook, ameeleza anakuenda kununua chakula cha familiya yake ya watu tisa. Alipofika mbele, akarudi na kutupa pesa zake na kumuomba polisi amfunge gerezani. Afisa huyo, […]
Uyu munsi : Umunyafurika yemerewe gukina umukino wa mbere muri Baseball
Umunyafurika wa mbere wabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jackie Robinson, kuwa 15 Mata 1947 ni bwo yemerewe gukina umukino wa mbere wa Baseball muri shampiyona nkuru nyuma y’imyaka 50 abirabura batemerewe gukandagira mu kibuga. Robinson wari ufite imyaka 28 icyo gihe, yakanadagiye mu kibuga cya Ebbets muri Brooklyn mu mukino wahuje ikipe ye […]
Uganda: Leta yahagaritse guha abaturage ibiribwa kubera ibura ry’ibishyimbo
Leta ya Uganda yanzuye ko igiye kuba ihagaritse gutanga ibyo kurya ku baturage bari muri gahunda ya Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kampala kuko ibishyimbo byabaye bike. Iki cyemezo gifashwe mu gihe abatuye muri diviziyo eshanu zigize Umujyi wa Kampala ndetse no mu nkenegero zawo bari baherutse gutangaza ko ibiribwa byatinze kubageraho. Ni gahunda […]
Koreya y’Epfo ivuga ko yiteguye kwirwanaho igihe iya ruguru yayishotora
Itangazo ry’Igisirikare cya Koreya y’Epfo rivuga ko iki gihugu cyiteguye kwirwanaho mu gihe mukeba, Koreya ya Ruguru yaba iyigabyeho ibitero. Kuwa 14 Mata uyu mwaka, Koreya ya Ruguru mu gace ka Muncheon yarashe ibisasu byinshi bya misile, ingingo Koreya Yepfo ivuga ko ari ubushotoranyi mu gihe yitegura amatora y’abadepite y’abadepite 300. The NewYork Times dukesha […]
Perezida Tshisekedi yasabye Tambwe Mwamba gusaba imbabazi
Umuvigizi wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, witwa Kasongo avuga ko Perezida wa Sena, Alex Tambe Mwamba agomba gusaba imbabazi ku magambo yabwiye perezida ubwo bahuriraga mu nama. Mwema avuga ko amagambo ya Mwamba yakiriwe nabi, ubwo uyu mugabo wari kumwe na Perezida w’umutwe w’Abadpite, Jeanine Mabunda bahuye na Tshisekedi kuwa 14 Mata […]