Uganda: FDC iribaza icyihishe inyuma  y’iyirukanwa ryihuse  ry’Umunyarwandakazi

Abatavugarumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni bo mu Ishyaka rya Forum For Democratic Change (FDC) batangaza ko batiyumvisha neza icyihishe inyuma y’iyirukanwa ry’Umunyarwandakazi, Annie Tabura Bilenge wakoreraga MTN wirukanwe ashinjwa kubangamira umutekano w’igihugu. Polisi ya Uganda mu mpera z’ukwezi kwa Mutarama 2019, yirukanye Annie Tabura n’Umufaransa Prentout. Aba bashinjwaga kuba barumvirije amabanga y’igihugu mu gihe cy’imyaka […]

Tanzania: Vanessa Mdee yagize icyo avuga ku mabere ye benshi bakomeje kwibazaho

Umuhanzikazi wo muri Tanzania, Vanessa  Hau  Mdee uzwi ku izina rya Vee Money yatangaje ko amabere ye atigeze ayabagisha, mu gihe benshi bakomeje kuyibazaho. Uyu mukobwa uzwi cyane muri muzika yo muri Tanzania, aganira na  Wasafi Tv y’umuhanzi Diamond Platnumz, yashimangiye ko nta muganga n’umwe wari wamukorera ku ibere ndetse ko nta mugambi afite wo […]

Burundi: Umupolisi yarashe umunyonzi bicyekwa ko yari amwimye ruswa

Umunyonzi yarashwe n’umupolisi ahita apfa ubwo yari amwambuye igare rye, bikurura imvururu hagati y’abapolisi n’abanyonzi. Ibi byabaye ahagana saa munani (14:00) zo ku wa Kabiri tariki ya 5 Gashyantare 2019, muri zone Rohero, i Muyinga mu mujyi wa Bujumbura . Ababonye iryo sanganya bakavuga ko umunyonzi yahagaritswe n’abapolisi babiri b’abofisiye bari bambaye imyenda ya gisivile […]

Rusizi: Ababyarira ku Kigo Nderabuzima cya Gikundamvura baratabaza

Ababyeyi babyarira ku kigo nderabuzima cya Gikundamvura mu murenge wa Gikundamvura mu karere ka Rusizi barifuza ko Minisitiri w’ubuzima yabasura akareba  ingorane zikomeye babyariramo kubera kutagira umuriro w’amashanyarazi. Aba babyeyi bavuga ko bajya kubyara bitwaje udutadowa, utagafite  akajyana agatelefoni acanisha cyangwa agatoroshi, ibi bakabibonamo ibyago ku buzima bwabo ndetse n’abana babyara. Ubwo Bwiza.com yageraga kuri […]

Loni yahishuye ko Koreya ya Ruguru itigeze ihagarika gukora ibisasu bya kirimbuzi

Inzobere z’umuryango w’Abibumbye zitangaza ko Porogaramu za Nikleyeli na Misile bya Koreya ya Ruguru bikiri uko byari kandi ko iki gihugu gikomeje gukoresha ibibuga by’indege ari nako itegura intwaro kugira ngo itazatungurwa ikaba yagabwaho ibitero na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri raporo basohoye ku wa Kabiri tariki ya 2 Gashyantare 2019, bavuga ko ibihano […]

Bigirimana Issa arahigira kuzatsinda igitego mukeba wabo, Rayon Sports

Rutahizamu mu ikipe ya APR FC, Bigirimana Issa arizeza abafana b’iyi kipe ko ubwo bazaba bakina na mukeba wabo, Rayon Sports, azamutsinda igitego. Mu birori byo gushimira abakinnyi ba APR FC begukanye igikombe cy’Intwari, ku Cyumweru tariki ya 3 Gashyantare 2019, nyuma yo gutsinda mukeba wayo, Rayon Sports igitego kimwe ku busa, nibwo Issa yavuze […]

Igisirikare cya Burkina Faso kigambye kwica inyeshyamba 146

Inzego z’umutekano muri Burkina Faso, zatangaje ko zishe umubare munini w’inyeshyamba  ubwo bihoreraga ku bw’igitero cyapfiriyemo abasivile 14 mu Burasirazuba bw’iki gihugu. Igisirikare gitangaza ko ku Cyumweru abagabo bitwaje intwaro bagabye igitero ahitwa Kain, mu Ntara ya Yatenga abasivile basaga 10 bakahaburira ubuzima. Mu itangazo ryasohowe n’igisirikare, rivuga ko bagabye ibitero simusiga mu ntara eshatu […]

Nyina wa Diamond yanenze Zari na Mobetto mu kubagereranya na Tanasha 

Nyina wa Diamond Platnumz, Sanura Sandra yanenze abahoze ari abagore b’umuhungu we, Zari Hassan na Hamisa Mobetto ubwo yabagereranyaga na Tanasha Donna Oketch uteganya kuba umukazana we. Uyu mubyeyi yatangaje ko hari itandukaniro hagati ya Tanasha n’abandi bigeze  kubana na Diamond ku bijyanye n’ikinyabupfura. Avuga ko uretse kuba Tanasha ahiga Zari na Mobetto ikinyabupfura, ngo […]

Paul Rusesabagina, Sankara na Kayumba Nyamwasa, mu gatebo kamwe

Rusesabagina Paul wamenyakanye muri filimi ‘ Hotel Rwanda’, akaba umwe mu batavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi hamwe na Sankara. Izi mpapuro zikaba zije zikurikira ubugira kabiri izashyiriweho Kayumba Nyamwasa. Mu mpera z’ukwezi gushize nibwo Leta y’u Rwanda yari yasohoye impapuro zo guta muri yombi Kayumba Nyamwasa, umuyobozi w’ishyaka RNC, […]

RDC: Col. Habarugira yakatiwe igifungo cy’imyaka 15

Urukiko rwa gisirikare rw’i Goma rwanzuye kwirukana mu gisirikare cya Leta ya Congo/ Kinshasa, Col. Marcel Habarugira Rangira ndetse runamukatira igifungo cy’imyaka 15, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukoresha abana bato mu ntambara n’ibindi byaha by’intambara. Ni ibihano yahawe ku wa Gatandatu tariki ya 2 Gashyantare 2019, akaba ashinjwa mbere y’ibindi gukoresha abana bato mu […]

Nta kinyabupfura kiri mu gisirikare- Gen Muntu

Rtd.  Maj. Gen. Mugisha Muntu wigeze kuyobora Igisirikare cya Uganda  (UPDF) avuga ko cyataye ikinyabupfura kuva mu myaka ishize kandi ko   cyatakarijwe icyizere. Aganira n’imwe muri radiyo zo muri Uganda, Muntu yatangaje ko UPDF ubuyobozi bukuru bwananiwe kugenzura igisirikare kugeza ubwo cyijanditse mu bikorwa bya politiki  bidasobanutse kandi bishingiye ku muntu umwe. Muntu ati “ […]

Mutoni Assia yasobanuye impamvu atarongorwa kandi akunzwe na benshi

Umunyarwandakazi Mutoni Assia umaze kubaka izina muri Cinema Nyarwanda, avuga ko akiri umukobwa ariko akaba adafite umukunzi, agasobanura ko hari byinshi yari ahugiyeho ariko ko ari mu nzira yo kubisoza. Aganira na X Large TV, Assia nk’umukobwa ukunzwe na benshi kubera ubuhanga agaragaza muri filimi akina, yabajijwe niba nta mukunzi agira, asubiza agira ati “Ntawe”. […]

Muhanga: Abikorera bagaragarije Guverineri Gasana inzitizi bahura nazo ku ishoramari

Mu biganiro  Guverineri  w’Intara y’Amajyepfo,  Gasana  Emmanuel,  yagiranye n’abikorera  bo mu karere ka Muhanga ku mahirwe yo gushora imari bafite muri  aka karere,  bamugaragarije ko mu nzitizi  bagifite harimo  n’umuriro  w’amashanyarazi  n’amazi bidahagije. Umwe  mu bacuruzi  bahakorera, Past  Nkundiye  Theophille ,  avuga  ko  nta muntu  watekereza  gushinga  uruganda muri ako gace  ka Muhanga mu gihe  […]

Uganda: Fille Mutoni yatumye  uwahoze ari umugabo we atandukana n’umukunzi mushya

Umunyarwandakazi Fille Mutoni ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda yazonze umutima w’umugabo bahoze bakundana, Mc Kats bituma atandakuna n’umukunzi we mushya, Patricia. Edward Katamba uzwi nka Mc Kats yatandukanye na Fille bapfa gucana inyuma. Kuri ubu uyu mugabo bivugwa ko yamaze gutandukana n’umukunzi we mushya bitewe n’amakuru yasakaye ko bapfuye ibibazo byo mu buriri. Uyu […]

Abatuye muri Uvira bakomeje kugaragaza ko babangamiwe n’inyeshyamba z’Abarundi

Abaturage bo muri Teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigaragambije mu rwego rwo kwereka Leta ko badakeneye gukora bitewe n’umutekano muke uri muri aka gace, ahanini ngo baterwa n’inyeshyamba zirimo izituruka mu Burundi. Iyi myigaragambyo yabaye ku wa Mbere tariki ya 4 Gashyantare 2019, iyobowe na Sosiyeti […]

Nyamasheke: Abakobwa biga muri GSFAK babangamiwe n’uburyo bararamo

Hashize ibyumweru bibiri mu rwunge rw’amashuri rwa Frank Adamson rwa Kibogora( GSFAK) mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke inkongi y’umuriro yibasiye inyubako  abakobwa  bagera kuri 280 bararagamo, irashya irakongoka ntibagira na kimwe barokora mu byarimo byose mu gice cyahiye, aba bakobwa bakaba bavuga ko uburyo baryamamo buteye inkeke kuko  barara ari batatu. Nk’uko […]

Iby’irasa rya Gen Kasirye Ggwanga bigoye Polisi ya Uganda

Polisi ya Uganda iri mu rungabangabo ku cyo yakora nyuma y’aho umuhanzi Catherine Kusasira wagombaga kuyiregera Rtd Maj. Gen. Kasirye Ggwanga warashe amapine y’imodoka ye yanze gutanga ubuhamya bwe. Mu cyumweru gishize, ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko Gen Kasirye yarashe imodoka ya Kusasira bitewe n’ubwumvikane bucye hagati y’abana be n’abafasha madamu Kusasira kubera urusaku […]

Amerika yaburiye Kenya ko ifite amakuru yizewe y'ibindi bitero by’iterabwoba bizayibasira 

Amabasade ya Amerika muri Kenya yatangaje ko Kenya ishobora kwibasirwa n’ibindi bitero by’iterabwoba by’umwihariko mu bice by’iburengerazuba. Amerika ivuga ko ifite amakuru yizewe  ko hashobora kugabwa ibitero ahantu hahurira abantu benshi mu duce twa  Nairobi, Naivasha, Nanyuki no mu duce twegereye inyanja tw’iki gihugu. Itangazo ryashyizwe ry’iyi amabasade riri ku rubuga rwayo rwa interineti riragira […]

Umugabo wibye inkweto ku musigiti yahanishijwe guhekenya urusenda

Umugabo wafashwe acyekwaho kwiba inkweto ku musigiti i Mombasa muri Kenya, yahanishijwe igihano cyo guhekenya urusenda rubisi.   Uyu mugabo utatangajwe amazina ngo yibye inkweto ku musigiti wa Sakina, uherereye i Majengo, mu mujyi wa Mombasa. Yasubiye inyuma ngo azigurisha amashilingi 500 ya Kenya n’uwitwa Felix. Nyuma yo gufatwa uyu mugabo yahekenyeshejwe urusenda rubisi mu […]

Umuraperi 21 Savage mu mazi abira nyuma yo kuvumbura inkomoko ye yahishe

Umuraperi 21 Savage byari bizwi ko ari Umunyamerika kuri ubu ari mu mazi abira nyuma yo kuvumbura ko yaturutse mu Bwongereza ndetse akaba yabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Kuri ubu uyu musore yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka. Biravugwa ko uyu muraperi ubusanzwe amazina ye ni; Shayaa Bin […]

Burundi: Igitero cya grenade cyakomerekeje abantu bagera kuri barindwi

Igitero cya grenade muri Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke, mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi cyakomerekeje bikomeye abantu bagera kuri barindwi. Iki gitero cyagabwe kuri iki Cyumweru ahagana saa mbiri z’ijoro kuri kamwe mu dusozi two muri iyi komini ya Buganda. Abantu barindwi bakomeretse bikomeye, bane bajyanwa kwa muganga I Bujumbura kubera ibikomere bikomeye bagize. […]

Akunda abatinganyi niyo mpamvu namuretse- Uwahoze akundana na Wema Sepetu

Umugabo wahoze  akundana na Wema Sepetu atangaza ko yamaze gutandukana n’umukinnyi wa filimi, Wema Sepetu bitewe no kuba uyu mukobwa yikundira abagabo baryamana bahuje igitsina cyane. Iby’aya makuru byatangiye nyuma y’aho  hakwirakwijwe ibihuha ko uyu mugabo uzwi nka PCK yirukanwe mu nzu na nyina wa Wema Sepetu kuko ngo yari mu muryango mu buryo butazwi. […]

Perezida Tshisekedi yemereye abasirikare kubahindurira imibereho

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi yasuye ikigo cya gisirikare cya Tshatshi, abizeza ko agiye kubahindurira imibereho.  Mu kiganiro yagiranye n’abasirikare baba muri iki kigo n’imiryango yabo, Perezida Tshisekedi yagize ati “Nishimiye kubabona, nanzuye kubasura nk’abarwaniriye igihugu cyacu n’imiryango yabo. Mu gihe cyo kwiyamamaza navuze ko nziyegereza igipolisi n’igisirikare, muri abaturanyi […]

Ese koko abari inyuma ya propaganda zirwanya u Rwanda muri Uganda nabo bafite inkomoko mu Rwanda?

Ese koko abari inyuma ya propaganda zirwanya u Rwanda mu gihugu cya Uganda nabo ubwabo bafite inkomoko mu Rwanda? Iki ni ikibazo gisubizwa n’ikinyamakuru Virungapost mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti: ” THE PROPAGANDA AND EXTORTION GAMES BEHIND MTN UGANDA’S TROUBLES “. Iki kinyamakuru kigaruka ku iyirukanwa ry’umunyarwandakazi, Annie Tabura, wari umukozi wa MTN-Uganda uherutse […]

Harmonize yasabiye umwe mu bayobozi b’ikipe ya Haruna Niyonzima gufungwa

Umuhanzi Harmonize yasabye ko Umuvugizi w’Ikipe ikinwamo n’Umunyarwanda Haruna Niyonzima, Haji Manara yatabwa muri yombi naramuka agarutse muri Tanzania. Harmonize atangaza ibi nyuma y’aho na we Guverineri w’Intara ya Dar Es- Salaam, Paul Makonda uzwi nka Papa Keegan yari yasabye ko uyu muhanzi yatabwa muri yombi nakandagira mu gihugu avuye muri Ghana kuko ngo yakekwagaho […]

Papa Parfait yahuye n’uruvagusenya ubwo yafatwaga asambana n’umugore w’abandi

Umugabo wakorerwaga iyicarubozo, yafashwe amashusho akwirwakwizwa ku mbuga nkoranyambaga. Yitwa Irankunda Modeste, iyicarubozo akaba yararikorewe mu Majyepfo y’u Burundi. Modeste ubwo yakorerwaga iyicarubozo, abari bamufashe bamukuyemo imyenda yose, ubugabo bwe babuhambiriza akagozi k’umweru, amaboko ye bayahambirira inyuma, bamuha telefoni akavugana n’umugore we amusaba kumwoherereza amafaranga, kugira ngo arekurwe, yabura akicwa. Modeste yumvikana abwira umugore we […]

Uganda: Visi Minisitiri w’Intebe Gen. (Rtd) Moses Ali arashinjwa gukorana n’inyeshyamba

Visi Minisitiri w’Intebe wa Mbere wa Uganda, Gen. (Rtd) Moses Ali, yatunzwe urutoki ashinjwa kugira aho ahuriye n’umutwe ukomeje gutera ubwoba no gutuma abaturage bata ibyabo ahitwa Apaa, mu Karere ka Amuru, ibintu bikekwa ko bishobora kongera kubyutsa imitwe y’inyeshyamba mu majyaruguru y’igihugu. Mu 2015, nibwo Guverinoma ya Uganda yagaragaje imbibi hagati y’akarere ka Amuru […]

RDC: Abantu 11 baguye mu mirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba

Abantu 11 barishwe abandi benshi barakomeretswa n’amasasu mu mirwano yahuje kuwa Gatandatu ushize, itariki 02 Gashyantare, Igisirikare cya Congo, FARDC, n’agatsiko k’abantu bitwaje intwaro ahitwa Torgess, igiturage kiri mu birometero 25 uvuye mu Gasantere ka Blukwa muri sheferi ya Bahema y’Amajyaruguru muri Teritwari ya Djugu. Imirwano yabaye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru […]

U Rwanda ruhakana ko u Burundi bwarwanyije itorwa rya Perezida Kagame ku kuyobozi bwa  EAC

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb.Olivier Nduhungirehe yabeshyuje amakuru avuga u Burundi bwari bwanze gutora Perezida Kagame nk’umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yateranye kuwa 1 Mutarama 2019 Arusha muri Tanzania yemeje ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ari we ugiye kuyobora uyu muryango, asimbuye Perezida Museveni […]

Polisi handball Club yegukanye igikombe cy’intwali itsinze APR Handball Club

Kuri  iki cyumweru tariki 03 Gashyantare nibwo mu Karere ka Gicumbi hashojwe irushwanwa ryo guhatanira igikombe cyo kwibuka intwari z’ u Rwanda. Ikipe ya Polisi Handball Club ikaba yatsinze iya APR Handaball Club ibitego 29 kuri 28. Ni irushanwa ryari rimaze iminsi ibiri,ryahuhuzaga amakipe 11 yose akina uyu  umukino w’amaboko uzwi ku izina rya Handball. […]

Nyamasheke: Bamwe mu bana bajya ku mashuri batagira ibikoresho by’ibanze

Ikibazo cya bamwe mu babyeyi bohereza abana ku mashuri batabahaye ibikoresho by’ibanze cyane cyane mu mashuri abanza, ni bimwe mu bikomeje gukoma mu nkokora ireme ry’uburezi ryifuzwa mu  karere ka Nyamasheke. Iki kibazo ni kimwe mu byagaragajwe n’itsinda rimaze iminsi rigenzura uko ireme ry’uburezi rihagaze muri aka karere riturutse muri Minisiteri y’uburezi n’ibigo biyishamikiyeho, hakorwa […]

Uganda: Bus yakoze impanuko ikomeye bane barapfa, 30 barakomereka

Kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gashyantare 2019, abantu bane bapfiriye mu mpanuka y’imodoka mu i Namayonjo, mu gace ka Nakasongola, muri Uganda. Bitangazwa ko abantu bane bahise bapfira aho iyi mpanuka yabereye mu gihe abandi 30 bakomeretse bajyanwe ku mavuriro atandukanye arimo n’irya gisirikare. Umuvugizi wa Polisi, Mr Fred Enanga, abicishije ku rukuta rwe […]

Pallaso na Spice Diana bagaragaje ko ibyo kuba baryamana bavugwaho byaba ari ukuri

Nyuma y’igihe kirekire havugwa umubano udasanzwe hagati ya Pius Mayanja uzwi ku izina rya Pallaso na Spice Diana, babigaragarije mu ruhame ubwo bombi bahuriraga ku rubyiniro. Ikinyamakuru Mbu cyo muri Uganda gitangaza ko Diana na Pallaso batangiye kuvugwaho kugirana urukundo mu mwaka wa 2015, nyuma yo guhurira mu ndirimbo ‘ Koona’ gusa ku ruhande rwabo […]

Rwamagana: Umuvunyi Mukuru yavuguruje ibyakozwe n’umuhesha w’inkiko asaba ko bisubirwamo

Mu bibazo byagejejwe ku Muvunyi Mukuru ubwo yasuraga akarere ka Rwamagana, harimo icy’abazungura ba Rwibiraro bananiwe kugabana amasambu ye. Ikibazo cyageze mu nkiko, urwisumbuye rwa Ngoma rutegeka umuryango kumvikana, umuhesha w’inkiko w’umwuga aza kururangiza. Murekezi Anastase yasabye ko bisubwirwamo, umuryango ugateranira imbere y’inteko y’abaturage ikabumvikanisha. Imbere y’imbaga y’abaturage bagize imirenge ya Munyaga, Muhazi na Kigabiro; […]

Bwa mbere mu mateka umushumba wa Kiliziya Gatolika asuye Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

Papa Francis aragera muri Leta Zunze Ubumwe za Abarabu (UAE) kuri iki cyumweru, abe abaye papa wa mbere usuye iki gihugu. Papa agiye ku butumire bw’igikomangoma Sheikh Mohammed bin Zayed al-Nahyan wimye ingoma muri iki gihugu, ngo yitabire inama mpuzamadini. Uru rugendo rw’amateka ruzanarangwa n’igitambo cya misa izaba ku wa kabiri, byitezwe ko izitabirwa n’abantu […]

Icyo Leta y’u Burundi ivuga ku kuba Perezida Kagame agiye kuyobora EAC

Leta y’u Burundi itangaza ko yakiriye neza ihererekanyabubasha ryabayeho mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba,EAC, nabwo bubereye umunyamuryango, aho Perezida Kagame w’u Rwanda ariwe ugiye kuwuyobora. Visi Perezida wa Mbere w’u Burundi , Gaston Sindimwo aganira na Rema FM, yagize ati “U Burundi bwakiriye neza ishyirwaho rya Perezida Kagame. Nta kubirwanya kwabayeho”. Perezida Kagame yakiriye ubuyobozi […]

U Burusiya nabwo bwivanye mu masezerano yo guhagarika icurwa ry’intwaro za kirimbuzi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa Gatandatu, itariki 02 Gashyantare, yatangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo guhagarika icurwa ry’intwaro za kirimbuzi nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika nazo zikuye muri aya masezerano yashyizweho umukono mu 1987 na Perezida Ronald Reagan na Mikhail Gorbatchev yari agamije gusenya missiles zose ibi bihugu […]

FARDC yigambye kwica inyeshyamba zisaga 20

Ku wa Gatandatu tariki ya 2 Gashyantare 2019, igisirikare cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kigambye kwica inyeshyambaza zisaga 20 za Mai-Mai. Nk’uko ikinyamakuru Actualitecd cyo muri Congo kibitangaza, FARDC yemeza ko izi nyeshyamba yazishe ku wa Kane w’iki cyumweru mu duce twa Pabuka na Kalingathi, duherereye mu Burasirazuba bw’Amajyepfo y’umujyi wa Beni, […]

Kuri ubu umugore yemerewe kwandikisha umwana adasabwe kuzana se ku ngufu

Minisitiri Busingye Johnston, Minisitiri w’Ubutabera Busingye Johnston yakanguye abagore bafite abana  bavutse bakaba batemerwa n’abagabo babyaranye  kwihutira kubandikisha kubera ko ari uburenganzira bw’abana kwandikwa mu bitabo by’irangamimere kugira ngo bashyirwe mu igenamigambi ry’igihugu. Ibi yabitangarije kuwa 23 Mutarama 2019 mu Murenge wa Mata mu gikorwa cyo gutanga ubufasha mu by’amategeko cyateguwe ku bugatanye bwa Minisiteri […]

Annie Tabura uherutse kwirukanwa muri Uganda yahishuye uko byamugendekeye

Umunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda akaba aherutse kwirukanwa nabi muri iki gihugu ashinjwa imigambi yo guhungabanya umutekano wa Uganda, yahishuye inzira yanyuzemo n’uko byamugendekeye kugeza yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda. Mbere y’uko ajya gukorera MTN-Uganda muri Mata 2018, Annie Tabura, wabaye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo akiri umwana akiga mu gihugu cya Kenya, […]

Uwahoze ari umwami w’u Bubiligi yanze kwipimisha DNA mu rubanza ku mwana yabyaye hanze

Albert wa II, wahoze ari umwami w’u Bubiligi, yanze ko akorerwa ikizamini cy’ingirabuzima-fatizo (DNA) mu rubanza rugamije kugaragaza ko yabyaranye umwana n’uwo batashakanye mu myaka ya 1960. Urukiko rw’I Buuruseli mu murwa mukuru w’u Bubiligi, rwategetse uyu wahoze ari umwami kuri ubu ufite imyaka 84 y’amavuko, gutanga ikizamini cy’amacandwe mu gihe kitarenze amezi atatu, bitihi […]

Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w'ubutwari

Ubuyobozi bw’umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke busanga  kugira ngo  abanyarwanda bose biyumve mo umuco w’ubutwari ari uko ababyeyi batera intambwe yo kuwutoza abana babo bakiri bato, bagakura bakunda igihugu cyabo,bumva neza aho cyavuye kugira ngo kibe kigeze ku rwego rwo kubahwa n’amahanga yose, birinda ko iyi ndangagaciro yasubira inyuma. Ni bimwe mu byo […]

Gakenke: Yahereye ku nkoko 30 yiteza imbere none ubu ageze ku 4,000

Maniragaba LĂ©onard w’imyaka 47 ukomoka mu Murenge wa Mugunga mu Karere ka Gekenke, avuga ko yinjijwe mu bworozi bw’inkoko n’umworozi witwa Gakwaya Cyprien, watangije ubwo bworozi mu Murenge wa Mugunga. Avuga ko uwo mworozi yakomeje kumugira inama, agashira ubwoba akajya kuguza igishoro muri gahunda y’ubudehe. Ubu arinjiza asaga ibihumbi 300Frw ku kwezi kubera ubworozi bw’inkoko. […]

Dr Kayumba asanga uruhuri rw’ibibazo rutegereje Perezida Kagame muri EAC

Umwarimu wa Kaminuza akaba n’Umusesenguzi muri Politiki Mpuzamahanga, Dr Christopher Kayumba atangaza ko Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ufite ibibazo uruhuri ku buryo kuwuyobora ari kamwe mu kazi gakomeye muri iki gihe. Mu nama ya 20 y’uyu muryango yateranye kuwa 1 Gashyantare 2019 yemeje ko Perezida Kagame w’u Rwanda ari we ugiye kuyobora EAC. Uyu […]

RDC: Uwari ukuriye Mai-Mai NDC yavuze uko Leta yamufashaga ikanafasha FDLR

Ntaho Ntaberi Cheka wari Umuyobozi w’umutwe wa Mai-Mai Nduma Defence of Congo (NDC) wishyikirije Monusco muri Nyakanga 2017, kuri uyu wa Kane ushize, ku itariki 30 Mutarama, yatangarije urukiko rwa gisirikare rwa Goma ko yakiriye inkunga ya bamwe mu bagize guverinoma ya Congo yo gushyigikira uyu mutwe we ndetse anavuga ko bamwe muri aba banafashaga […]

Umupfumu yandagaje Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda

Umupfumu witwa Damiano Akuze avuga ko  Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga ko arambye muri politiki bitewe n’ibyo amukorera. Akuze mu kirego yashyize hanze ko afite uruhare runini mu kuba Kadaga amaze imyaka myinshi mu butegetsi. N’ubwo uyu mupfumu avuga ibi, urukiko ntiruratumiza Kadaga ngo agire icyo atangaza ku bimuvugwaho nk’uko  The Dailymonitor […]

Yimwe igihembo yatsindiye muri tombola azira gukoresha ikarita ya banki yibye

Itike yatsinze tombola yo muri Canada, bisa nkaho itazahabwa igihembo yatsindiye kubera ko yaguzwe hifashishijwe ikarita y’inyibano ya banki. Umugore bivugwa ko yaguze iyo tike, yatawe muri yombi na polisi y’iki gihugu ubwo yari mu nzira yerekeza ahakorera abateguye iyi tombola agiye gufata igihembo yatsindiye. Polisi yari irimo gukurikirana amakuru y’iyibwa ry’ikofi, iza kuvumbura ko […]

ICC: Laurent Gbagbo wahoze ayoboye Cote d’Ivoire kuri ubu aridegembya

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), kuri uyu wa Gatanu, itariki 01 Gashyantare 2019, rwarekuye Laurent Gbagbo wahoze ari Perezida wa Cote d’Ivoire nyuma yo kugirwa umwere mu kwezi gushize ku byaha yari akurikiranweho. Abacamanza barekuye Gbagbo na mugenzi we bareganwaga, Charles Ble Goude, wahoze ari minisitiri w’urubyiruko. Abacamanza bakaba bahise bategeka ko azaba ari mu gihugu […]

Abanyamategeko bo mu Rwanda bareze Ishuri ry’Amategeko ryo muri Ghana

Itsinda ry’abanyamategeko bo mu Rwanda bize mu Ishuri ry’Amategeko (ILPD) bagejeje mu nkiko Ishuri ry’amategeko ryo muri Ghana n’Akanama k’Abanyamategeko ku bwo kubangira kuba bahakomereza amasomo yabo muri iki gihugu. Inkuru dukesha Ghanaweb ivuga ko aba banyamategeko bo mu Rwanda bangiwe kuba bakomeza ibyo bita ‘ Post Call Law’ kandi  ko batigeze basubizwa ibaruwa  bandikiwe […]

Perezida Kagame arasanga EAC idakwiye gusubira inyuma n'aho yari igeze

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ubwo yari amaze kwakira ubuyobozi bwa EAC kuri uyu wa Gatanu, itariki 01 Gashyantare 2019, yatangaje badashobora kwemera ko Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba usubira inyuma mu gihe wari utangiye gutera imbere. Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bahuriye Arusha muri Tanzaniya batorera Perezida Paul Kagame w’u Rwanda kuyobora uyu […]

Rubavu: Hafatiwe ibiro bisaga 300 by'imyenda, inkwetu bya caguwa n'izindi magendu

Kuri uyu wa Kane tariki 31 Mutarama, mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi hafatiwe ibicuruzwa bitandukanye byinjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, polisi ikaba ikomeje gukangurira Abanyarwanda gukomeza ubufatanye mu kurwanya magendu. Ibicuruzwa byafashwe bigizwe n’ibiro bisaga 300 by’imyenda n’inkweto za caguwa, amakarito 4 ya sesitomate, ibitenge, amata ya nido ndetse n’ibizingo 20 […]

Ibitekerezo ku itorero ry'Igihugu, Chairman Bamporiki yanyunganira

Nshimishijwe n’uko ubuyobozi bw’igihugu bwifuje ko u Rwanda n’Abanyarwanda bagaruka ku muco wabo ukaba ishingiro ry’izindi ngeri z’imibereho yabo (instauration du cadre de structuration du champ social de la nation), nkaba naragize igitekerezo ndetse nkaba nsaba ubuyobozi bw’itorero ry’Igihugu cyane Chairman Bamporiki ngo anyunganire kuri ibi nibaza: Gutanga ibitekerezo kuri urwo rwego, imikorere yarwo ndetse […]

Nyarugenge: Urukiko rwahamije abagore babiri guhimba inyandiko, rubahanaguraho ubuhemu

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwasomye urubanza ubushinjacyaha buregamo abagore babiri aribo Mukagihana Marie Claire na Bampire Nyirahabimana Gaudance bashinjwa guhimba « bon de commande » y’akarere ka Rulindo. Iyi yakoreshejwe mu kugura imiti idakenewe muri Proline Health Care& Systems Depot Pharmacetique, bakoragamo bombi. Bavugwaho kandi kugemura imiti mu bitaro bya Ruhengeri bayikuye aho bakora, nyamara bakishyuriza Buranga […]

Ibyaha birandembeje, nkeneye amasubyo na penetensiya kubera kuvuna imiheha nkongezwa

Kuvuna umuheha ukongezwa undi mu buryo busanzwe bivugwa ku muntu w’umutoni ku muntu umukuriye cyangwa umufiteho ububasha ukora amakosa aho guhanwa no gufatirwa ibyemezo agakingirwa ikibababa, akagororerwa, akazamurwa mu ntera, agahabwa ibihembo n’ibindi byiza nk’ibyo. Iyi nkuru ijimije iraca amarenga ku bantu bamwe nk’abo bayobora abandi mu buryo bw’ubusumbane kuko mu gihe hari abagororerwa batabikwiriye […]

Mwana wanjye uzabe intwari! Ndagukunda kandi nkunda u Rwanda- Kizito Mihigo

Umuhanzi Kizito Mihigo umaze amezi ane ahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika, agafungurwa, kuri uyu wa 1 Gashyantare 2019, Umunsi Mukuru w’Intwari z’u Rwanda, yagize ubutumwa atanga akoresheje indirimbo nk’igihangano cye, asaba umwana kuba intwari no gukunda igihugu. Kizito Mihigo yari yarakatiwe igifungo cy’imyaka 10 mu mwaka wa 2013, nyuma yo guhamwa n’ibyaha yashinjwaga birimo […]

Impamvu zatumye umutoza wa Chelsea yanga gutahana n'abakinnyi nyuma yo gutsindwa uruhenu

Umutoza wa Chelsea, Maurizio Sari yanze gutaha mu modoka imwe n’abakinnyi be nyuma yo gutsindwa bandagajwe n’Ikipe ya Bournemouth ibitego bine ku busa. Nyuma yo kuganira n’abakinnyi be nko mu minota 40, Sarri yahisemo gusubira Stamford Bridge wenyine. Ababikurikiranira hafi bavuga ko ibi byaba byaratewe no kuba yarashakaga gutekereza neza,yirinda urusaku rw’abakinnyi bamaze gutsindwa. Ibi […]

Umugandekazi yapfuye nyuma yo kwimwa Viza ijya muri Amerika

Umugore w’Umunyayuganda witwa Theopista Okudio yapfuye nyuma y’aho yimwe viza imwemerera kujya muri Leta Zunze  Ubumwe za Amerika. Theopista wari usanzwe ari umuturage w’agace ka Mutungo mu Mujyi wa Kampala yaguye kuri ahitwa Nsambya. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugore w’imyaka 38 yemejwe n’umuvugizi wa Ambasade ya Amerika muri Uganda, Phil Dimon Yagize ati ” Turatangaza ko […]

Harmonize nakandagira muri Tanzania azafatwe afungwe- Guverineri wa Dar Es-Salaam

Guverineri w’Intara ya Dar Es Salaam, Paul Makonda yasabye ko Umuhanzi Harmonize yafatwa agafungwa nyuma yo gushyira hanze amafoto arimo kunywa urumogi. Makonda yasabye inzego z’umutekano gucukumbura neza iby’iki kibazo byamuhama agafungwa. Ifoto ya Harmonize arimo kunywa urumogi yagaragaye bwa mbere ubwo yari mu cyumba gitunganyirzwamo umuziki (studio) mu gihugu cya Ghana. Makonda ati ” […]