Uwahoze yunganira Perezida Donald Trump aramushinja iterabwoba
Michael Cohen wigeze kuba umwunganizi mu mategeko wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yanze kwitaba inteko ishinga amategeko nkâuko byari biteganyijwe kuwa 07 Gashyantare, aho umwunganizi we nawe kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko umutekano we nâuwâumuryango we biri mu kaga kubera iterabwoba rya Perezida Trump. Umunyamategeko Lanny Davis kandi avuga […]
Kenya: Abagabo batanu bapfuye bitangira umugore mu gitero cyahitanye 21
Abagabo batanu bo mu gihugu cya Kenya bakoreraga Kompanyi ya âCellulantâ bapfuye bagerageza guhisha umugore wari wihishe hamwe nabo mu gitero cyâiterabwoba cyo kuwa 15 Mutarama 2019 mu Mujyi wa Nairobi. Aba bagabo kuri ubu biswe abagabo batanu bâimitima ikomeye ni Denis  Munene Mwaniki wâimyaka 29, Jeremiah Mathai Mbaria (31), John Wanyaga Ndiritu (29), Kelvin […]
Umuyobozi wa Polisi yahaye umukoro abapolisi mu turere twa Burera na Gicumbi
Ubwo yasuraga abapolisi bakorera mu turere twa Burera na Gicumbi, District Police Unit (DPU) kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mutarama 2019, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yavuze ko Polisi nk ‘urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, umwaka ushize wa 2018 rwitwaye neza mu kubungabunga umutekano. Yavuze ko imbaraga zakoreshejwe muri […]
Video: Imana ntiba mu mwobo, nibayisengere heza hayiteguriwe – Gov. Gatabazi
Uganda: Umuyobozi wa MTN mobile money  yirukanwe mu gihugu kubera Bobi Wine
Umuyobozi wa MTN mobile money muri Uganda, Elsa Mussolini yatangaje ko yirukanwe muri Uganda kuwa Kabiri wâiki cyumweru ku bwo gushinjwa gutera inkunga Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine. Inzego zâumutekano muri Uganda zishinja uyu Mutaliyanikazi gutera inkunga abakora akaduruvayo mu gihugu. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, CP Fred Enanga yemeje aya makuru nkâuko […]
Rihanna yababajwe no kumva Chris Brown ashinjwa gufata umukobwa ku ngufu
Inshuti za hafi zâicyamamare Robyn Rihanna Fenty, uzwi ku izina rya Rihanna batangaza ko yababajwe cyane nâamakuru arimo kuvugwa kuri Chris Brown bahoze bakundana, ko yaba yafashe umugore ku ngufu. Ku wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 20919, nibwo Chris Brown, umurinzi we nâinshuti ye batawe yombi, nyuma yâaho umugore amushinje kumufata ku ngufu. Ikinyamakuru […]
Col. Tawimbi Richard bicyekwa ko yakoranaga na Kayumba Nyamwasa yafatiwe i Kinshasa
Col Tawimbi Richard wari umuyobozi wâinyeshyamba za Gumino, binacyekwa ko yakoranaga nâabarwanyi ba Kayumba Nyamwasa nâabarundi, yafashwe nâigisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Bitangazwa ko uyu mukoroneli yafatiwe i Kinshasa ku wa Gatatu wâicyumweru gishize, tariki ya 16 Mutarama 2019, ngo akaba yakoranaga nâabarundi ndetse nâimitwe yâinyeshyamba iyobowe na Kayumba Nyamwasa. SOS/Burundi dukesha iyi […]
Uganda: Abayobozi ba MTN basigaye mu mazi abira nyuma yâiyirukanwa ryâUmunyarwandakazi nâUmufaransa
Umuyobozi nshingwabikorwa wa MTN-Uganda, Wim Vanhelleputte na mugenzi we, Anthony Katamba ushinzwe serivisi bahamagajwe nâIgipolisi cya Uganda ngo batange ibisobanuro ku bakozi babiri bakuru bâiki kigo cyâitumanaho, Umufaransa nâUmunyarwandakazi, bashinjwa ibikorwa byo gushaka guhungabanya umutekano wa Uganda. Amakuru agera ku rubuga Softpower dukesha iyi nkuru aravuga ko kuri uyu wa kabiri Wim yahamagajwe nâumutwe wa […]
RDC: Ntiharamenyekana ingoro umukuru wâigihugu mushya azakoreramo
Ikibazo cyâingoro  umukuru wâigihugu mushya wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo azakoreramo ngo cyasubizwa nâurwego rushinzwe umutekano we nkâuko Peter Kazadi, wari umuyobozi wa cabinet wa Felix Tshisekedi yabitangarije Top Congo Fm. Peter Kazadi avuga ko kuri ubu adashobora kuvuga aho Perezida Tshisekedi azaba kuko atabifitiye uburenganzira. Yagize ati: â Icyo nzi ni uko Perezida […]
Umwuka mubi hagati ya Diamond na mushiki we kubera Tanasha Donna
Mushiki wa Diamond Platnumz, Queen Darleen atangaza ko we atarajwe ishinga no kubona uwo musaza we azashyingitanwa na we kuko ngo asanzwe amubona. Ibi ni nabyo byatumye yanga kwitabira ibirori byo kwerekana uyu mukobwa. Uyu mukobwa yatangaje ibi ubwo yaganiraga na kimwe mu binyamakuru byo muri Tanzaniya, Ijumaa Wikendi cyari kimubajije impamvu atagaragaye mu muhango […]
Turashaka kugira igihugu kitarimo ibyaha, buri wese akishyira akizana- Min. Busingye
Minisitiri wâUbutabera akaba nâIntumwa ya Leta, Busingye Johnston avuga ko hari intego yo kugira igihugu gitekanye, kitarangwamo ibyaha, buri munyarwanda akishyira akizana. Ibi yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Mutarama 2019, ubwo hatangizwaga ku rwego rwâigihugu Icyumweru cyahariwe gutanga ubufasha mu by’amategeko, umuhango ubera mu Kagari ka Nyakagezi, Umurenge wa Huye, mu Karere […]
Abayobozi bâamashuri basabwe gusobanura irengero rya mudasobwa hafi 1000 mu zo bahawe
Abayobozi bâamashuri yisumbuye atandukanye hirya no hino mu gihugu basabwe gusobanura aho zimwe muri mudasobwa ibigo bayobora byahawe na guverinoma zagiye. Guverinoma yâu Rwanda yashoye akayabo ka Miliyari 23 zâAmanyarwanda mu gukwirakwiza ibikoresho byâikoranabuhanga nâitumanaho mu mashuri birimo za mudasobwa, projectors, no mu gushyira internet muri aya mashuri . Guverinoma ikaba yarakwirakwije mudasobwa 69,982 zose […]
RDC: Manu wari umuyobozi wâinyeshyamba yishwe na FARDC
Igisirikare cya Congo cyatangaje kuri uyu wa 22 Mutarama 2019, ko kishe uwitwa Manu, umuyobozi wâinyeshyamba za Simba, zazengereje abaturage muri Teritwari ya Mambasa, mu Ntara ya Ituri. Uyu muyobozi yicanwe nâinyeshyamba ze esheshatu ubwo zakozanyagaho nâingabo za Leta (FARDC) ku muhanda Kisangani (Tshopo) muri iyi teritwari ya Mambasa. Umuvugizi wâingabo mu Ntara ya Ituri, […]
Haribazwa ishingiro ryâibiregwa Tabura na Prentout ugereranyije nâibyo bari bashinzwe muri MTN Uganda
Nyuma yâaho kuri uyu wa kabiri, itariki 22 Mutarama 2019 humvikanye amakuru yâihagarikwa nâicyurwa ryâabanyamahanga babiri bakoreraga MTN Uganda bashinjwa ibikorwa byâubutasi bigamije guhungabanya umutekano wa Uganda, kuri ubu haribazwa ishingiro ryâibirego baregwa byo kumviriza no kumena amabanga yâabayobozi ba Uganda ugereranyije nâimyanya aba bombi bari bafite muri iki kigo cyâitumanaho. Itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizwe […]
Espagne: Cristiano Ronaldo yarokotse umunyururu ariko acibwa akayabo
Umukinnyi mpuzamahanga wâumupira wâamaguru, Cristiano Ronaldo, kuri uyu wa Kabiri, itariki 22 Mutarama, yabashije gucika uburoko ariko ategekwa nâurukiko rwo muri Espagne ndetse yemera kuzishyura akayabo ka miliyoni 18,8 z’Amayero azira kunyereza imisoro ubwo yari akiri umukinnyi wa Real Madrid. Uru rukiko rukaba rwakatiye Ronaldo igifungo cyâimyaka ibiri cyahise kigabanywa kigera ku mande yâAmayero 365,000 […]
Rusizi: Bashimye Imana ku bwâibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO
Ubuyobozi bwâumurenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi buvuga ko ubufatanye hagati yabwo, abaturage nâabafatanyabikorwa bose barimo nâamadini nâamatorero ahakorerwa bwatanze umusaruro ukomeye umwaka ushize, aho bavuye ku mwanya wa Karindwi mu mihigo yâimirenge bakegukana igikombe cyâimihigo, bakaba babishimira Imana nâubuyobozi bwiza bwâigihugu bubafasha kubigeraho. Babigaragaje mu giterane cyâiminsi ibiri cya Rwanda shima Imana, aho […]
Urunturuntu hagati yâingabo zâu Rwanda nâizâu Burundi ku mupaka wa Ruhwa
Ku mupaka wa Ruhwa uhuza u Burundi nâu Rwanda haravugwa urunturuntu, aho kuri uyu wa Mbere ushize nyuma ya saa sita hagaragaye umwuka mubi hagati yâingabo zâu Burundi nâingabo zâu Rwanda nkâuko amakuru aturuka aha avuga. Aya makuru agera kuri SosMediasBurundi aravuga ko abapolisi bo mu mutwe ushinzwe kurwanya imyigaragambyo bashobora kuba baragerageje gushotora ingabo […]
U Bufaransa bwababajwe nâu Butaliyani bubushinja kunyunyuza imitsi Afurika
U Bufaransa bwahamagaje igitaraganya uhagarariye u Butaliyani muri iki gihugu ngo atange ibisobanuro nyuma yaho Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Butaliyani ashinje u Bufaransa kunyunyuza imitsi Afurika no guteza ikibazo cy’abimukira. Ku cyumweru tariki ya 20 Mutarama 2019, Luigi di Maio yasabye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi gufatira ibihano u Bufaransa kubera ingamba zabwo muri Afurika. Yavuze ko […]
Chris Brown afungiye i Paris ashinjwa gufata umugore ku ngufu
Icyamamare muri muzika, Chris Brown yafatiwe mu mujyi wa Paris mu Bufaransa ku cyaha ashinjwa cyo kufata umukobwa ku ngufu. Nkâuko byatangajwe na Polisi yâi Paris, ngo Chris nâabandi bagabo babiri bari muri kasho nyuma yâaho uyu muhanzi ashinjwe iki cyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa wâimyaka 24 yâamavuko utatangajwe amazina. Ikinyamakuru standard gitangaza ko […]
Umunyarwanda ushinjwa âkumviriza amabanga ya Uganda igihe kirekireâ yirukanwe
Abashinzwe umutekano mu ijoro kuwa 21 Mutarama 2019 bigabye mu biro bya MTN muri Uganda bata muri yombi Umunyarwanda, Annie Tabura Bilenge nâUmufaransa, Olivier Prentout bashinjwa kubangamira umutekano wâigihugu no guha amabanga ibindi bihugu. Annie Tabura yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa MTN ushinzwe kugurisha no gukwirakwiza serivizi muri iki gihugu. Ashinjwa kumviriza amabanga yâigihugu […]
U Bushinwa nâu Burusiya byishimiye intsinzi ya FĂ©lix Tshisekedi
Ibihugu byâibihangage ku Isi, u Bushinwa nâu Burusiya, byagaragaje ko byishimiye untsinzi ya FĂ©lix Tshisekedi, wahize abandi mu matora ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ikinyamakuru Financial Times  gitangaza ko u Burusiya bwakeje FĂ©lix Tshisekedi. Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Burusiya, SergeĂ ÂŻ Lavrov mu itangazo yashyize ahagaragara yagize ati âAya matora twe tuyafata nkâikorosi rikomeye mu […]
 Ngurisha igitsina cyanjye, cyatumye ndeka kugenda nâamaguru – Bad Black
Icyamamare Shanita Namuyimbwa uzwi nka Bad Black atangaza ko bidakwiriye kumvikana nkâikintu gishya kuba akorera amafaranga yifashishije igitsina cye kuko gituma atagenda nâamaguru. Bad Black amenyereweho ibikorwa byinshi bitandukanye nko gufungwa bya hato na hato haba muri Uganda no hanze kubera gucuruza magendu, gutanga sheki zitazigamiwe nâibindi. Mu mashusho agaragara kuri Ghafla, Bad Black yifashishije […]
Ange Kagame yikomye abaha umukunzi we imyirondoro itari yo
Ange Kagame yikomye abakomeje kwita umukunzi we izina rya Billy, kuvuga ko afite imyaka 25 yâamavuko ndetse no kuba yarize muri MIT ( Massachusetts Institute of Technology. Nâubwo anyomoza ibyo avuga ko benshi bahuriyeho mu nkuru bagiye bandika, Ange abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, nta […]
Uganda yatangiye kwakira ibimenyetso nkâibya Kenya mbere yâigitero cyahitanye 21
Igipolis cya Uganda cyasabye abaturage ko badakwiye guha agaciro amakuri cyise atari yo avuga ko hagiye kugabwa ibitero byâiterabwoba muri iki gihugu. Igipolisi cyâiki gihugu, kuwa Mbere cyatangaje ko aya makuru ahanini ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga ari ibihuha. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, CP Fred Enanga mu kiganiro nâabanyamakuru mu Mujyi wa  Kampala yagize […]
RDC: Martin Fayulu yateguye imyigaragambo yitabirwa nâabantu mbarwa
Abashyigikiye Martin Fayulu utavuga rumwe na leta iriho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babarirwa mu macumi ni bo bitabiriye imyigaragambyo yo ku wa mbere yari yahamagaje yo kwamagana icyemezo cy’urukiko rw’itegeko Nshinga. Urukiko rwanzuye ko FĂ©lix Tshisekedi ari we watsinze amatora ya Perezida yo ku itariki ya 30 Ukuboza 2018. BBC itangaza ko hari […]
Afurika yâEpfo: Amakorosi aberamye mu rubanza rwâabashinjwa kwica Karegeya Patrick
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, ku iyicwa rya Patrick Karegeya wari koroneli mu gisirikare cyâu Rwanda ndetse wanakuriye ubutasi bw’u Rwanda, byagaragaye ko uru rubanza rukirimo imbogamizi nyinshi ngo abacyekwa babe bafatwa. Nkâuko BBC ibitangaza, kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, mu rukiko hasomwe ibaruwa […]
Ntimuzigera mukunda Museveni kundusha-Â Dr Besigye
Umwe mu batavugarumwe nâUbutegetsi bwa Uganda, Rtd Col Dr Kiiza Besigye alias Kifefe yeruriye abaturage bâAkarere ka Kiruhura ababwira ko badashobora gukunda Perezida Museveni nkâuko we yabikoze. Dr Besigye ni umwe mu batangije urugamba rwo kubohora Uganda mu 1980. Yabaye muganga bwite wa Perezida Museveni gusa nyuma baza gushwana amushinja kunyuranya nâimirongo migari ya politiki […]
Muhanga: Abakoresha ikiraro cya Macyera bahangayikishijwe nâiyangirika ryacyo
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Macyera n’aka Kagitarama bahangayikishijwe nâikiraro gihuza utu tugari twombi kiri mu gishanga gihingwamo ibigori kuko cyamaze kwangirika mu buryo bukabije kikaba kibangamiye abana nâabakuru kuko ibiti bigikoze byamaze gusaza, abantu bakaba hari ubwo bagwa mu mugezi bagerageza kucyambuka. Twagirimana EugĂšne utuye mu mudugudu wa Rwamugoroba, mu kagari ka […]
Congo: Miliyoni 432 zâamadolali yâamerika nizo zakoreshejwe mu matora ya 2018
Mu kwezi kâukuboza, mu mwaka wâ2018 urwego rwâigihugu rushinzwe amatora (CENI) mu gihugu cya repulika iharanira demokarasi ya Kongo rwatangaje ingengo yâimari yakoreshejwe mu gutegura amatora. Uru rwego rwatangaje ko hateganyijwe nibura amadolali yâamerika asaga miliyoni 432 mu myiteguro yâamatora yâumukuru wâigihugu, inzego zâibanze nâabagize inteko ishinga amategeko. Umubare munini wâiyi ngengo yâimari wakoreshejwe mu […]
Ese birakwiye ko Miss Cogebanque yitwa Nyampinga wâu Rwanda ?
 Imyaka irakabakaba icumi, hatorwa abakobwa bitwa Miss Rwanda, ariko bigakorwa nâibigo byâubucuruzi, ariko uwatowe agafatwa nkâuhagarariye igihugu muri rusange. Arikose birakwiye ko igihugu cyitirirwa icyo kidafitemo uruhare na ruto mu igenwa ryacyo ? Ubwo igikorwa cyo gutora Miss cyatangiraga mu Rwanda mu mwaka wa 1993, nticyamenyekanye cyane, kuko cyari cyateguwe nâitsinda rito, kandi gikorwa mu […]
Amanyanga nâubutiriganya bikomeje kwimakazwa muri MISS COGEBANQUEÂ 2019
Kuva amarushanwa yo gutora uzaba Miss Cogebanque 2019 yatangira, hagiye havugwa byinshi bidakorwa mu mucyo, hagamijwe guhesha amahirwe bamwe no kuyaka abandi. Bamwe mu babikurikirana bakabyita gukabya gushingiye ku marangamutima yâabafana, mu gihe abandi bo babigaragazaga nkâibifitiwe gihamya. Muratwihanganira kubwo gukoresha inyito MISS COGEBANQUE mu cyimbo cya MISS RWANDA mumenyereye. Kanda HANO , kugira ngo […]
Leta yiteguye gukomeza gukorana neza nâamadini nâamatorero- Min Prof.Shyaka
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Prof.shyaka Anastase avuga ko Leta yâu Rwanda yiteguye gukomeza ubufatanye busesuye nâamadini nâamatorero akorera mu Rwanda mu guharanira iterambere rirambye nâimibereho myiza yâabaturage. Yabitangaje kuri iki cyumweru tariki ya 20 Mutarama 2019, ubwo yifatanyaga nâabayobozi nâabakirisitu bâitorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Cyangugu gutaha urusengero rushya rujyanye nâiterambere ryâigihugu, rwuzuye rutwaye arenga […]
Umuhango wâirahira rya Felix Tshisekedi wasubitswe
Mu gihe byari biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri, itariki 22 Mutaarama ari bwo perezida mushya wa Congo, Felix Tshisekedi, azarahira, amakuru ava muri iki gihugu aravuga ko byigiijwe inyuma. Nkâuko bamwe mu begereye Tshisekedi babitangaje, ngo iki gikorwa cyâirahira rya perezida mushya ryigijwe inyuma kubera impamvu zâibikoresho. Andi makuru agera ku rubuga 7sur7.cd dukesha […]
Hamisa Mobetto yahawe gasopo ku bagabo bâabandi
Umunyamideli Hamisa Mobetto yahawe gasopo nâuwitwa Tahiya, uzwi nka rwiyemezamirimo mu byâimideli, umushinja gushaka kumutwarira umugabo. Nkâuko Tahiya tabitangaje abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, ntabwo yigeze atangaza amazina yâumugabo we, gusa arasaba Mobetto kumugendera kure, ageretseho nâigitutsi. Yagize ati âHamisa Mobetto nkusabye kugendera kure abagabo bâabandi gicucuâ. Nkâuko Ikinyamakuru Tuko kibitangaza, mu gushaka gucecekesha […]
RDC: Imirwano irimo kuvuza ubuhuha hagati ya FARDC nâinyeshyamba zo muri Uganda
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mutarama 2019, abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barimo kurasana nâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda. Ni imirwano irimo kubera i Mapobu, muri Teritwari ya Beni, umuvugizi wâingabo za Congo ziri mu bikorwa bise Sokolo 1 byo kugaba ibitero ku nyeshyamba, Capt Mak […]
Nick Cannon yatumye ibintu bijya irudubi hagati ya Drake na Kanye West
Umukinnyi wa Filimi, Nick Cannon yongeye umunyu mu mubano utifashe neza hagati yâumuhanzi Drake na mugenzi we, Kanye West ubwo yavugaga ko abona Drake yakubitwa aramutse arwanye na Kanye West. Drake na Kanye West bari kurebana nabi muri iyi minsi bitewe na Drake washyize hanze indirimbo akaririmba umugore wa Kanye West, Kim Kardashian. Nick Cannon […]
Muhanga: Baritana ba mwana ku mikorere yâikusanyirizo ryâamata
Ubuyobozi bwâakarere ka Muhanga na koperative yâaborozi icunga ikusanyirizo ryâamata ryubatswe muri aka karere baritana ba mwana mu mikorere yaryo aho buri ruhande rwerekana ko kuba imikorere yaryo iri hasi cyane biterwa nâurundi ruhande, ni ikibazo kandi n’abadepite biboneye ubwo basuraga aka karere mu cyumweru gishize maze nabo bakemeza ko ibikorwa byaryo biri hasi cyane […]
Umunyarwanda agiye gufasha Uganda gushyira ku murongo imikorere yâamatorero nko mu Rwanda
Umunyamabanga wa leta muri Perezidansi ya Uganda ushinzwe ibijyanye nâimyitwarire nâubunyangamugayo, Hon. Fr Simon Lokodo, agiye gufatanya nâimpuguke yâUmunyarwanda wagize uruhare mu gushyiraho politiki igenga amadini yasize insengero zisaga 600 zifungwa mu mwaka ushize mu rwego rwo kugerageza gushyira ku murongo imikorere yâamadini muri Uganda. Mu nama yagiranye nâabayobozi bâamatorero yâabavutse bwa kabiri barimo Dr […]
Umuntu wari ukuze kurusha abandi ku Isi yatabarutse ku myaka 113
Umuyapani Masazo Nonaka wâimyaka 113 wafatwaga nkâumuntu wari ukuze kurusha abandi ku Isi yitabye Imana kuri iki Cyumweru, itariki 20 Mutarama, aguye mu rugo mu kirwa cya Hokkaido kiri mu majyaruguru yâu Buyapani. Umuryango we uravuga ko Masazo Nonaka yapfuye mu mahoro apfuye urupfu rusanzwe mu masaha ya mbere yo kuri iki Cyumweru ubwo yari […]
Sinashaka umugabo w'Umukongomani-Shaddy Boo
 Mbabazi Shadia wahindutse uzwi nka Shaddy Boo wabaye ikimenyabose kubera imbuga nkoranyambaga yahamije ko adashobora kubana n’umugabo w’Umukongomani kuko basezeranya umuntu ibintu byinshi ntibabikore. Ibi yabitangaje ku mugoroba wa 20 Mutarama 2019 ubwo yahaga umwanya abamukurikira basaga ibihumbi magana ane (400,000) wo kumubaza bimwe mu bibazo bamufiteho, bimwe mu byo yabajijwe higanzagamo abifuza kumenya niba […]
Uganda: Abarinzi ba Perezida Museveni baguwe gitumo nâabapolisi bari kwakira ruswa
Muri iki cyumweru gishize, ahitwa Muyenga, mu nkengero za Kampala mu gihugu cya Uganda, abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru wâigihugu, bagiranye amakimbirane nâabapolisi kugeza ubwo babatunga imbunda nyuma yâaho aba bari bamaze gufata abacuruzi ba zahabu ya cyabakanga. Uwabibonye nâamaso ye wari aho ibi byabereye yahishuriye spyreports ko amakimbirane yatangiye abapolisi bari bayobowe […]
Polisi yatabaye igitaraganya mu rugo rwa Blac Chyna
Polisi yo muri Leta ya Los Angeles muri Amerika yatabaye mu rugo rwâicyamamare, Â Blac Chyna nyuma yo kubwirwa ko uyu mugore yasinze yabaye ibyatsi ko adashobora kurera neza umwana muto afite. Polisi yigabye mu rugo rwâuyu munyamideli akaba na rwiyemeza nyuma yâaho umuntu utamenyekanye yayihamagaye avuga ko Blac Chyna yasinze aho ari iwe mu rugo. […]
Nyaruguru/Kivu: Poste de santé imaze imyaka itanu ikora kabiri mu cyumweru
Ubwo itsinda ryâabadepite mu nteko ishinga amategeko ryasuraga umurenge wa Kivu mu karere ka Nyaruguru, ryatunguwe no kubona poste de santĂ© imaze imyaka itanu ikora kabiri mu cyumweru gusa. Ni mu mudugudu wa Rusuzumiro, akagari ka Kivu mu murenge wa Kivu. Inzu yâibyumba bisaga bine yuzuye mu 2013 yubatswe na leta,  igomba gukora nka poste […]
U Bubiligi butegereje icyo Abanyekongo nâakarere bagiye gukora
Mu kiganiro nâitangazamakuru ryo mu Bubiligi, minisitiri wâububanyi nâamahanga wâiki gihugu, Didier Reynders aravuga ko kuri ubu igisigaye ari ukureba icyo Abanyekongo nâakarere bagiye gukora nyuma yâaho hemejwe bidasubirwaho ko Felix Tshisekedi ari we Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. â Ubu ni ukureba icyo Abanyekongo bazakora nâicyo akarere kazakora. Twabonye ko Afurika Yunze […]
Umuntu wirundanyaho ubutunzi bw'amahugu ni nk'inkware ibundikira amagi itateye-Rwamukwaya
Rwamukwaya Olivier, wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâuburezi ushinzwe amashuri yâimyuga nâubumenyingiro, yatanze ubutumwa bugereranya umuntu wirundanyaho ubutunzi bwâamahugu nâinkware ibundikira ayo itateye. Ni ubutumwa yatambukije abucishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri iki Cyumweru tariki ya 20 Mutarama 2019, ubutumwa bugaragara muri Yeremiya:17:11 Rwamukwaya yagize ati âUmuntu wirundanyaho ubutunzi bw’amahugu ni nk’inkware ibundikira […]
Rubavu: Hatawe muri yombi abatekamutwe babiri bari barajujubije abaturage
Polisi mu Karere ka Rubavu yataye muri yombi abatekamutwe babiri bakekwaho gucuruza amabuye yâagaciro atari aya nyayo ndetse nâamafaranga mpimbano yâamahanga. Bombi bakaba bafashwe nyuma yâamakuru yageze kuri polisi ko abo bantu biyitaga abavunjayi nâabacuruzi bâamabuye yâagaciro. Nkâuko bitangazwa nâumuvugizi wa polisi mu burengerazuba, CIP Innocent Gasasira, abakekwa batawe muri yombi kuwa 18 Mutarama bafatiwe […]
Nari agatangaza mu kwinjiza intwaro mu gihugu rwihishwa-Perezida Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yatangarije abagize ubuyobozi bwâ Ikigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro (URA) ko bakwiye gukoresha ikoranabuhanga mu gukumira ibyaha kuko ari cyo cyuho yifashishaga mu kwinjiza intwaro muri Uganda ngo ahirike ubutegetsi. Ibi Perezida Museveni yabitangarije kuwa Gatandatu wâicyumweru gishize, mu muhango wo gufungura ku mugaragaro inyubako nshya izajya ikorerwamo na URA […]
Mali: Abasirikare ba Loni 8 bakomoka muri Tchad biciwe mu gitero gikomeye
Ingabo zâUmuryango wâAbibumbye zigera ku munani zikomoka mu gihugu cya Tchad mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ziciwe muri kimwe mu bitero bikomeye ku ngabo za Loni mu gihugu cya Mali. Ni igitero cyagabwe ku ngabo za Loni zikomoka muri Tchad zifite ibirindiro ahitwa Aguelhok, mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâigihugu, mu birometero 200 uvuye ku mupaka […]
Bujumbura: Igitero cya gerenade cyahitanye umwe babiri barimo umupolisi ukomeye barakomereka
Umuntu utaramenyekana yeteye gerenade mu gace ka Mutakura, mu Mujyi wa Bujumbura, umuntu umwe ahita ahaburira ubuzima, inakomeretsa abantu babiri barimo nâumupolisi ukomeye. Iyi gerenade yatewe ahagana saa tatu zâijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 19 Mutarama 2019, umuturage umwe ngo ahita apfira aho, babiri barimo na ofisiye mu gipolisi cy’u Burundi utatangajwe amazina […]
Nkombo: Hatashywe ibyumba byâamashuri 11- AMAFOTO
Ababyeyi bo mu kagari ka Kamagimbo, mu murenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi bari bamaze imyaka igera ku 10 bahangayitse kubera amashuri abana babo bigiragamo bahoranaga ubwoba ko ashobora kubagwaho igihe cyose, ubu bari mu byishimo byinshi nyuma yo gushyikirizwa ibyumba 11 byâamashuri bubakiwe nâitorero ryâabangilikani. RĂ©v.pasiteri Nyibigira Michel uyobora paruwasi ya Bugumira aka kagari […]
Gakenke: Babiri mu bari bakurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge bafashwe
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke mu murenge wa Kamubuga mu mpera zâiki cyumweru yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza ibiyobyabwenge. Aba bagabo bari mu itsinda ryâabantu batanu (5) inzego zâumutekano zimaze iminsi zishakisha  kubera ibikorwa byo kwinjiza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyaruguru Chief Inspector of Police(CIP) Hamdun […]
DRC: Umukoro ukomeye Kabila ahaye AU nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora
Tariki 17/0/ 2019, akanama nyunguranabitekerezo kâumuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, karateranye kiga uko Congo yava mu bibazo bishobora kuvuka ku matora atavuzweho rumwe. Twibutse ko iyo nama yari iyobowe na Perezida wâuwo muryango Paul Kagame, yemeje ibintu bibiri byâingenzi aribyo: gusaba Congo kuba ihagaritse gutangaza burundu amajwi no kohereza intumwa muri icyo gihugu kuganira nâinzeho […]
Video: Urusengero rwâItorero EPMR i Kigali rwarasenywe
Perezida Nkurunziza yakeje Kabila anashimira Tshisekedi ku ntsinzi ye
Perezida Pierre Nkurunziza wâu Burundi yashimiye Felix Tshisekedi kubwâintsinzi ye nka perezida wa gatanu wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ndetse anashimira perezida Kabila kubwâubwenge bwe ku mitegurire yâaya matora ataratewe inkunga nâimwe iturutse mu mahanga. Perezida Nkurunziza mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati: â Mu gikorwa cyâamatora yateguwe byuzuye nta […]
Amafoto: Min. Shyaka yafunguye ku mugaragaro Katederali ya Diyoseze ya Cyangungu yâItorero Angilikani
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Shyaka Anastase kuri iki Cyumweru, itariki 20 Mutarama yafunguye ku mugaragaro Katederali Kristo Umwami ya Diyoseze ya Cyangungu yâItorero rya Angilikani mu Rwanda. Reba amafoto:  Mbere yo kugera aha, muri iki gitondo, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shyaka Anastase yasuye umupaka wa Rusizi uhuza u Rwanda na Congo aganira n’abahagarariye abacuruzi. Aba bacuruzi bamubwiye […]
RDC: Martin Fayulu yasabye Umuryango Mpuzamahanga kutemera intsinzi ya Tshisekedi
Martin Fayulu, wari umukandida mu matora yâumukuru wâigihugu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru yavuze ko ari we mukuru wâigihugu wemewe nyuma yâaho Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga rwemeje ko Felix Tshisekedi ari we watsinze bidasubirwaho asaba Umuryango Mpuzamahanga kutemera ubutegetsi bwe. Martin Fayulu ati:â Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rwongeye gushimangira, […]
Video: Umuturage uvuga ko yarenganyijwe n'inzego asaba Perezida kumurengera
Tanzania: Minisitiri wâumutekano yikomye impunzi zâAbarundi zishaka kubateranya nâu Burundi
Minisitiri wâumutekano wa Tanzania yikomyye impunzi zâAbarundi zo mu nkambi za Nduta na Mtendeli azishinja gushaka guteranya igihugu cye na Guverinoma yâu Burundi nyuma yâaho mu minsi ishize muri izi nkambi hafatiwe impuzankano za gisirikare zisaga 1300 zirimo izisa nâizâigisirikare cyâu Burundi. Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga ko minisitiri wâumutekano wa Tanzania yamaze guhagarika mu […]
Hon. Bernard Makuza yitabiriye irahira rya perezida mushya wa Madagascar
Perezida wâInteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Senat, Bernard Makuza, ni umwe mu bayobozi bitabiriye irahira rya Perezida mushya wa Mmadagascar, Andry Rajoelina kuri uyu wa Gatandatu, mu izina rya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Hon. Makuza akaba yarageze muri Madagascar kuwa Gatanu aho yakiriwe na visi perezida wa Senat yâiki gihugu. Mu ijambo Perezida Rajoelina […]
Somalia: Igitero gikomeye ku kigo cyya gisirikare cyaguyemo ibyihebe 70
Abategetsi mu gisilikare cya Somaliya, kuri uyu wa gatandatu bavuze ko abarwanyi bakorana nâumutwe wâiterabwoba wa al-Qaida bishwe bagerageza kwigarurira ikigo cya gisilikare cya guverinema. Indege zabarasiye hafi yâicyambu cyâumujyi wa Kismayo mu majyepfo ya Somaliya. Abo barwanyi babanje kugaba igitero gitunguranye mu rucyerera kuri uyu wa gatandatu ku kigo cya gisilikare hafi yâumudugudu wa […]