Zimbabwe: Perezida Mnangagwa yumijwe nâibibi inzego zâumutekano zikora
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yategetse ko hafatwa abashinzwe umutekano bagaragaye bakubita umugabo ukiri muto bari bataye muri yombi. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Manangagwa yavuze ko yumijwe n’inkuru yarebye ku gitangazamakuru mpuzamahanga cya Sky News, aho umugabo wari wambaye amapingu mu maguru yakubitwaga inshuro nyinshi ku mutwe. BBC itangaza ko Umuryango uharanira […]
Video: Uko Nyina wa Miss Mwiseneza Josiane yari yabukereye
Amb. Olivier Nduhungirehe yikomye abavuga ko u Rwanda ari rwo rwatangaje ifatwa rya La Forge Fils Bazeye
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Amb.Olivier Nduhungirehe atangaza kuvuga ko u Rwanda ari rwo rwafashe iya mbere mu gutangaza ko Umuvugizi wa FDLR, Umutwe urwanye Leta yâu Rwanda, La Forge Fils Bazeye ari ikinyoma cyambaye ubusa. Mu mpera zâumwaka ushize wa 2018 nibwo hamenyekanye amakuru ko Fils Bazeye nâUshinzwe iperereza muri FDLR, Lt […]
Amafoto yâumuhango wâiyimikwa rya Musenyeri Kambanda Antoine
Ku Cyumweru tariki ya 27 Mutarama 2019, nibwo kuri Sitade Amahoro i Remera hari hateraniye ibihumbi byâabakirisitu bari bitabiriye umuhango wâiyimikwa rya Musenyeri Antoine Kambanda, Arikiyepisikopi mushya wa Arkidiyosezi ya Kigali. Ni umuhango witabiriwe nâabayobozi bakuru bâigihugu barimo na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Perezida wâInteko Nshingamategeko, umutwe wâAbadepite, Mukabalisa Donatille, Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu, Prof. […]
Perezida Félix Tshisekedi yategetse ko Ofisiye muri polisi atabwa muri yombi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yagize icyo avuga ku myigaragambyo yâabanyeshuri bo muri Kaminuza ya Lubumbashi, yapfiriyemo Bane. Ku cyumweru tariki ya 27 Mutarama 2019, nibwo Perezida yagize icyo avuga kuri iyi myigaragambyo ahita anategeka ko umwe mu bapolisi bakomeye (Officier) atabwa muri yombi. Iyi mwigaragambyo yapfiriyemo abantu bane barimo abanyeshuri […]
Umva “ISHEMA RY'UMUSHUMBA” indirimbo yahimbiye Arkiyepisikopi mushya Antoni Kambanda
“ISHEMA RY’UMUSHUMBA” ni indirimbo nshya yasohowe kâumunsi wejo na Chorale Christus Regnat, yakozwe mu rwego rwo kwifuriza umushumba mushya wa Arkidiyosezi ya Kigali Antoni Kambanda nâimpano bageneye umushumba wabo dore ko nabo babarizwa aaho agiye gushumba. Kanda hasi wumwe iyi ndirimbo Chorale Christus Regnat n’imwe mu makorali menshi ya Arkidiyosezi ya Kigali ikaba ibarizwa muri […]
Impamvu Diamond yasabye  Leta gutanga konji ku munsi wâubukwe bwe
Umuhanzi Diamond Platnumz yasabye Leta ya Tanzania iyobowe na Perezida, Joseph Pombe Magufuli ko yatanga konji ku munsi wâubukwe bwe na Tanasha Donna. MU kiganiro nâibinyamakuru byo muri Tanzania, Diamond yavuze ko ubu busabe bwe bwahabwa agaciro kuko byatuma abo mu muryango we bose bitabire ubukwe bwe. Uyu mugabo kandi yasobanuye ko ubukwe bwe butakibaye […]
Mukuru wa Miss Mwiseneza Josiane yagize byinshi avuga bikomeye kuri we- VIDEO
Ubwo haburaga amasaha make ngo hamenyekane nyampinga wâu Rwanda 2019, Bwiza Tv yagiranye ikiganiro kirambuye na Mukuru wa Mwiseneza Josiane, avuga ko kuri bo nkâumuryango, kugeza ubu bamufata nkâumugisha ku muryango wabo bitewe nâuburyo yabatunguye, akanashyigikirwa bidasanzwe. Yabajijwe ku byagiye bivugwa ko Josiane yaba yarifashishije izindi mbaraga [zâamarozi] asubiza avuga ko atari byo. Avuga ko […]
Ntegeka Uganda nkâurugo rwanjye- Perezida Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni Kuwa Gatandatu wâicyumweru gishize yabwiye abaturage ko abayobora nkâuko ayobora urugo rwe bwite hibandwa ku kubabwiza ukuri gushoboka kose. Ibi yabitangarije mu Karere ka Tororo mu muhango wo kwizihiza imyaka 33 ishyaka rye, NRM rimaze ku butegetsi. Museveni yasabye abamunenga kuzajya bavuga ibintu bifatika kandi bakashyira mu gaciro bakareba […]
Ange Kagame aranenga gutesha agaciro Ikinyarwanda kwagaragaye muri Miss Rwanda 2019
Ange I. Kagame, umukobwa wâumukuru wâigihugu, Paul Kagame, aranenga iteshagaciro ryâUrurimi rwâIkinyarwanda ryagaragaye mu birori bisoza irushanwa rya Miss Rwanda 2019, aho avuga ko kuba umuntu atavuga ururimi rwâamahanga bidakwiye gutuma nawe ubwe ateshwa agaciro. Ku Mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Mutarama 2019 nibwo hamenyekanye Nyampinga wâu Rwanda wa 2019 nyuma yâaho […]
Uganda: Guverinoma iritegura gusobanura birambuye aho umubano nâu Rwanda uhagaze
Minisitiri wâIntebe wa Uganda, Dr Ruhakana Rugunda yahishuye ko Guverinoma yitegura gusohora itangazo ku mibanire yâiki gihugu nâu Rwanda nyuma yâiminsi mikeya Uganda yirukanye abakozi batatu ba MTN barimo Umunyarwandakazi bashinjwa gushaka guhungabanya umutekano wa Uganda. Ibi Minisitiri wâIntebe wa Uganda yabitangarije inteko ishinga amategeko nyuma yo gusabwa gusobanura aho guverinoma ihagaze ku makuru avuga […]
Kenya yongeye kwibasirwa nâigitero cyâiterabwoba
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Mutarama igihugu cya Kenya cyongeye kwibasirwa nâigitero cyâiterabwoba, ubwo igisasu cyaturikiraga hanze yâinzu yerekeranirwamo sinema mu gace kaba karimo abantu benshi ko mu murwa mukuru kigakomeretsa abantu babiri. Umwe mu bakomeretse ni umukarani wari uhawe umuzigo muto awuhawe nâumuntu wahise abura ari igisasu. Undi wakomeretse ni ucuruza ibinyamakuru nkâuko […]
Masisi: Imirwano imaze iminsi itatu yaguyemo abagera kuri 14 abandi benshi barakomereka
Byibuze abantu 14 barishwe abandi benshi barakomereka mu mirwano yahuje kuva kuwa Kane kugeza kuri uuyu wa Gatandatu mu gitondo inyeshyamba za NDC- RĂ©novĂ©  uyoborwa na Guidon ndetse nâihuriro ryâabarwanyi ba Nyatura nâaba APCLS iyoborwa na Janvier Kalahiri. Amakuru aturuka mu gipolisi cya Kitchanga aremeza ko iiyo mirwano yabereye mu duce twa Shimbisha, Kalungu naNyabura, […]
U Bufaransa: Icyumweru cya 11 cyâimyigaragambyo cyaranzwe no guhangana na polisi
kuri uyu wa Gatandatu mu Bufaransa, abantu ibihumbi bazwi ku âdukote twâumuhondoâ bakomeje imyigaragambyo mu mihanda yo muri iki gihugu. Ni icyumweru cya 11 cyâimyigaragambyo yamagana amavugurura ajyanye n’ubukungu ya perezida Emmanuel Macron. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza Reuters, bigereranyije biravuga ko abigaragambyaga bari bamaze kugera ku 22,000 hagati mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri […]
Rubavu: Hafatiwe amabaro asaga 100 yâimyenda yinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu
Mu bikorwa byo kurwanya ibicuruzwa byinjira mu gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko kuri uyu wa 26 Mutarama, Polisi ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi mu kagari ka Bugoyi yafashe amabaro asaga 100 yâimyenda ya caguwa yinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu. Aya mabaro yâimyenda ya caguwa yafatiwe mu rugo rwa Bizimana […]
Abakobwa bahiganwa muri Miss Rwanda 2019 ni Abanyarwanda ibindi nta gaciro- FidĂšle Ndayisaba
Umunyamabanga  Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC), yamaganiye kure ubutuma bukomeje gucishwa ku mbuga nkoranyambaga bukubiyemo amacakubiri, bugaruka cyane ku bari mu irushanwa rya nyampinga wâu Rwanda muri uyu mwaka wa 2019. Agendeye no ku butuma Komisiyo abereye umuyobozi yari yatangaje ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Ndayisaba avuga ko aba bakobwa bari muri iri […]
Tanasha ankunda ku bwâurukundo rumurimo ntabwo ari ku bwâamafaranga- Diamond
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, avuga ko umukobwa wo muri Kenya witwa Tanasha Donna bakundana, amukunda ku bwo bimurimo, ko atari ukumukurikiraho amafaranga. Ibi umuhanzi Diamond yabitangaje ku wa Kane tariki ya 24 Mutarama 2019, ubwo yagiranaga ikiganiro na Wasafi Tv abereye nâumuyobozi. Diamond yashimangiye ko Tanasha amukunda bya nyabyo, bitandukanye nâibivugwa ko amukurikiyeho […]
Inyeshyamba 600 zishimiye intsinzi ya Félix Tshisekedi zashyize intwaro hasi
Ku wa Gatanu tariki ya 25 Mutarama 2019, abarwanyi 600 bo mu mutwe wâinyeshyamba wa Kamuina Nsapu bashyize intwaro hasi nyuma yâaho FĂ©lix Tshisekedi atsindiye amatora akanarahirira kuba Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatanu nibwo izi nyeshyamba zafashe inzira yerekeza i Kananga (KasaĂ ÂŻ Central) gushyira hasi intwaro bari bafite, zambaye ibitambaro […]
Nakiranye akababaro kenshi kuva mu ikipe ya AS Monaco- Thierry Henri
Thierry Henri wâimyaka 41 yâamavuko wabiciye bigacika muri ruhago ku mugabane wâu Burayi, nyuma yo kwirukanwa ku kazi kâubutoza mu ikipe ya AS Monaco, atangaza ko yabyakiranye akababaro kenshi. Henri yirukanwe ku wa kane tariki ya 24 Mutarama 2019, kuri aka kazi kari ko ka mbere akoze nk’umutoza mu gihe iyi kipe ubu iri ku […]
HCR irahakana guha impunzi zâAbarundi imyambaro ya gisirikare
Mu gihe abayobozi batari bacye bâu Burundi bari bakomeje kurakazwa nâamakuru avuga ko Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku mpunzi, HCR, ryaba ryarahaye impuzankano za gisirikare impunzi zâAbarundi, uhagarariye HCR mu Burundi yahakanye aya makuru. Madamu Gogo Hukportie, uhagarariye HCR mu Burundi yabihakaniye mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Gatanu avuga ko nta myambaro ya gisirikare […]
Hasojwe icyumweru cyahariwe ubufasha mu byâamategeko
Kuva tariki ya 21 kugeza ku ya 25 Mutarama 2019, cyari icyumweru cyahariwe gutanga ubufasha mu byâamategeko mu Rwanda hose ku nsanganyamatsiko igira iti :Â RANGIZA INSHINGANO YAWE, USHYIRA MU BIKORWA IBYEMEZO BYâINKIKO . Iki cyumweru gikorwamo ibikorwa binyuranye birimo kwigisha abaturage amategeko akoreshwa mu buzima bwa buri munsi, gukemura ibibazo byâabaturage mu Mirenge, gusura […]
RCS igiye gukaza umutekano nyuma yâiraswa rya batatu bagerageza gutoroka
Urwego rwâIgihugu Rushinzwe Imfungwa nâAmagereza (RCS) rutangaza ko rugiye gukaza ibikorwa byo gucunga umutekano nyuma yâaho bigaragariye ko imibare yâabagerageza gutoroka igenda yiyongera. Umuvugizi wa RCS, Hillary Sengabo atangaza ko muri izi ngamba harimo gushyiraho kamera ngenzuzi, kongera uburebure bwâinkuta za gereza no gushyiraho iminara yâabarinzi ku magereza yose. Ubuyobozi bwâuru rwego bwatanagrije TNT dukesha […]
Ese koko abaturage bâAbarundi baba batangiye gukumirwa muri Uganda?
Amakuru aturuka ku mupaka wa Muyingakobero uri mu majyaruguru yâu Burundi uhuza Tanzania nâiki gihugu, aravuga ko guhera ku mugoroba wo kuwa Kane ushize Abarundi batari koroherwa no kwinjira ku butaka bwa Uganda. â Twageze Kabanga, Tanzania nâigipolisi bidusaba gusubira mu Burundi ,âuwo ni umugenzi wari muri bus yerekeza muri Uganda anyuze muri Tanzania. Iyi […]
Umugore wanjye ameze nka Cristiano Ronaldo- Diamond Platnumz
Umuhanzi Diamond Platnumz akomeje gutakagiza umukobwa bateganya kubana vuba, Tanasha Donna vuga ko azi ibintu byinshi harimo kwitwara neza mu buriri no mu gikoni. Diamond na Tanasha bateganya kubana muri Gashyantare 2019 mu bukwe bavuga ko buzamara iminsi ine abatumiwe barya bananywa. Uyu mugabo wâabana batatu yeteguje abakunzi be ko agiye kubyibuha mu minsi iri […]
 Kenya: Urubyiruko rwize nirwo rukomeje kujya muri Al Shabaab
Igihugu cya Kenya kuwa 15 Mutarama uyu mwaka cyagabweho igitero cyâiterabwoba na Al Shabaab gihitana abantu 21. Batandatu mu bakigabye bahasize ubuzima barimo nâabakiri bato nkâuko amafoto yabyerekanaga. Umwe mu bimenyabose muri Kenya, Huddah Monroe yatangaje ko impamvu yâiyi mikorere yâurubyiruko rwa Kenya ari ukuba urubyiruko rwatakaje icyizere kuko Leta ntacyo irufasha. Uyu mukobwa avuga […]
Sudani: Imyigaragambyo ikaze yongeye kubura nyuma yo kuva mu musigiti
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Mutarama , bagisohoka mu musigiti abaturage ba Sudani bahise basubira mu myigaragambyo mu mujyi wa Omdourman. Aho Polisi yifashishije ibyuka biryana mu maso igerageza kubatatanya. Umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi, Sadek al-Mahdi yavugiye ijambo mu musigiti agira ati: âubutegetsi bugomba kuvaho bidatinze,â Nkâuko byatangajwe nâIbiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP. Sadek al-Mahdi […]
Rusizi: Bane bafashwe bakekwaho kunyereza ifumbire ya nkunganire muhinzi
Abagabo bane bafatiwe mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi bakekwaho kwiba ibiro Magana atanu (500kg) byâifumbire ya nkunganire muhinzi. Kuri uyu wa kane tariki 24 Mutarama, nibwo Polisi yafashe aba bagabo batwaye imifuka 10 yâifumbire bari bajyiye kugurisha mu gihugu cyâabaturanyi cya Kongo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba Chief Inspector of Police […]
Uganda: Umunyarwandakazi Fille aravugwaho kuzahazwa nâibiyobyabwenge
Umunyarwandakazi ukorera umuziki Fille Mutoni aravugwaho kuzahazwa no gukoresha ibiyobyabwenge nyuma yo gutandukana nâumugabo we, Edward Katamba uzwi nka Mc Kats. Aya makuru yashyizwe hanze nâumugabo wa Fille Katamba wavuze ko yatandukanye nâumugore we bitewe nâuko yagendaga aba imbata yâibiyobyabwenge uko iminsi yagendaga ihita. Uyu mugabo wabyaranye na Fille ndetse akaba yari nâuhagarariye inyungu ze […]
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kaminuza Mpuzamahanga y'Ubuzima ya Butaro
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Mutarama 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro Kaminuza Mpuzamahanga yâUbuzima ya Butaro, UGHE (University of Global Health Equity), iherereye mu karere ka Burera, Intara yâAmajyaruguru. Mu muhango wo gufungura ku mugaragaro iyi kaminuza, Perezida Kagame yashimiye abagize uruhare mu kuyubaka barimo Umuryango âPartners in Health […]
CNLG iramagana ubutumwa bw'ivangura n'amacakubiri bukomeje kugaragara kubera irushanwa rya Miss Rwanda 2019
Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), yamaganye abantu bakomeje kunyuza ubutumwa bw’amacakubiri n’ivangura ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’ubukomeje kugaragara bufite aho buhuriye n’irushanwa rya Miss Rwanda 2019 iyi komisiyo yemeza ko ari icyaha kandi gihanwa n’amategeko y’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo yashyize aharagara kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Mutarama. Iri tangazo riragira riti […]
Undi munyamahanga wakoreraga MTN yirukanwe ku butaka bwa Uganda
Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kane cyatangaje iyirukanwa ryâundi munyamahanga wakoreraga MTN nyuma yâiyirukanwa ryâabandi babiri barimo Umunyarwanda birukanwe mu ntangiriro zâiki cyumweru bashinjwa guhungabanya umutekano wâiki gihugu. Uwirukanwe wari umuyobozi ushinzwe ibijyanye na Mobile Money, ni Umutaliyanikazi, Elsa Mussolini, bivugwa ko nawe yirukanwe kuwa Gatatu nkâuko Umuvugizi wâIgipolisi, Fred Enanga yabitangarije AFP. Yagize […]
Gasabo: Ubushinjacyaha bukurikiranye ukekwaho kujugunya uruhinja mu musarani
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko dosiye yâuwitwa Jeannette Uwera ukekwaho kubyara umwana akamujugunya mu musarani ari muzima. Uwera Jeannette yari umukozi wo mu rugo mu Kagari ka Karuruma, Umurenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo ho mu Mujyi wa Kigali.Yaje gutwita ariko abihisha ba nyirâ urugo . Ku itariki ya 07 Mutarama 2019 […]
Kigali: Ikigo âBTCâ kigisha Camera nâibyâitangazamakuru cyatanze poromosiyo yâibyumweru 3 byâubuntu
Ikigo BTC (Belgine Training Center) gihugura kikanigisha itangazamakuru, kiratangaza ko ubu cyatanze Poromosiyo ku rubyiruko yo guhugurwa mu gihe cyâibyumweru bitatu ntacyo rwishyura. Iki kigo gikorera i Nyamirambo, mu Mujyi wa Kigali, gihugura abakigana ibirebana no gukoresha Camera, mu gofotora no gufata amashusho ndetse kikanahugura abifuza kwinjira mu mwuga wâItangazamakuru. Umuyobozi mukuru wa BTC, Bizimana […]
Zimbabwe: Hahishuwe ko kwa Mugabe hibwe hafi miliyoni yâAmadolari aho kuba 150,000$
Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe yibwe mu rugo we hafi miliyoni yâamadolari ubwo abajura binjiraga mu rugo rwe ruherereye ahitwa Zvimba hagati yâukuboza nâintangiriro zâuyu mwaka bitandukanye nâamakuru yari yatangajwe mbere. Amakuru ya mbere yavaga mu rukiko yavugaga ko mu rugo rwa Robert Mugabe hibwe 150,000 byâAmadolari ariko amakuru mashya yavuye mu rukiko […]
Kenya: Banki irashinjwa kugira uruhare mu gitero cy'iterabwoba cyahitanye 21
Umuyobozi wâIshami rya Banki ya Diamond Trust  muri Kenya, Sophia Njoki Mbogo arashinjwa kugira uruhare mu ihererekanwa ryâamafaranga bikekwa ko yifashishijwe nâabagabye igitero cyâiterabwoba kigahitana abantu 21. Mbogo usanzwe ayobora ishami ryâiyi banki ryitwa Eastleigh ubwo yari mu rukiko kuwa Kane wâiki cyumweru yavuze ko mu gutanga amafaranga hatakoreshejwe uburyo bwa M-Pesa ko ahubwo ari […]
Nyina wa Radio yareze Weasel mu nzego zâiperereza
Nyina wa nyakwigendera Moses Ssekibogo uzwi nka Radio, Kasubo Jane yareze mu nzego zâiperereza (CID) umuhanzi Weasel ndetse nâabandi bagenzi be barindwi abashinja gucuruza ibihangano bya Radio mu buryo butemewe. Kasubo yavuze ko ibihangano byâumuhungu we byongera bigatunganywa,bikagurishwa bushya mu gihe umuryango we utabizi. Umuvugizi wa CID,  SP Henry Ssekatte  yavuze ko aba bahanzi bakwiye […]
Paris: Maingain, Gakunzi na France 3 batangiye kuburana ku birego bibashinja guharabika Nkurunziza
Umunyamategeko wâicyamamare wâUmubiligi, Bernard Maingain, Umwanditsi wâUmurundi, David Gakunzi, ndetse na Televiziyo France 3 kuri uyu wa Kane, itariki 24 Mutarama 2019 bagejejwe imbere yâurukiko rwo mu Mujyi wa Paris kubera icyaha cyo gusebanya bakurikiranweho nyuma yâinkuru bakoze ku Burundi yatambutse kuwa 13 Mutarama 2016 kuri France 3, aho bagomba gusubiza ibirego bibashinja guharabika Perezida […]
Urwego rwâUmuvunyi ruremeza ko hakiri imbogamizi zishingiye ku itegeko rigenga ubutaka
Ubwo rwitabaga Komisiyo ya Sena ishinzwe politiki nâimiyoborere myiza, Urwego rwâUmuvunyi rwagaragaje ko hakiri imbogamizi zishingiye ku Itegeko rigenga ubutaka harimo ukunyuranya kwâingingo zâamategeko gusa rwemeza ko ruzakomeza gusesengura imanza rwashyikirijwe zerekeye ubutaka hakurikijwe Amategeko. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mutarama 2019, nibwo Abasenateri bagize komisiyo ya Politiki nâImiyoborere myiza bahuye nâabayobozi bâUrwego […]
APR FC igiye gucakirana na AS Kigali idafite Kapiteni wayo nâumuzamu ubanza mu kibuga
Ubwo ikipe ya APR FC izaba icakirana na AS Kigali mu mukino ufungura irushanwa ngarukamwaka ryâigikombe cyâIntwari 2019, ntabwo izaba ifite kapiteni wayo, Mugiraneza Jean Baptiste nâumuzamu wayo ubanza mu kibuga, Kimenyi Yves. Umukino ufungura iri rushanwa uraba kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Mutarama 2019, Â APR FC na AS Kigali zikazakinira kuri sitade […]
Kampala: Abapolisi bakozanyijeho nâumusekirite umuntu umwe ahasiga ubuzima undi arakomereka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 24 Mutarama, abapolisi bo kuri Station nkuru ya polisi ya Kampala mu gihugu cya Uganda bakozanyijeho nâumusekirite ukorera ikigo cy’umutekano kigenga cyitwa SWAT Security Company hakoreshejwe imbunda, umuntu umwe ahasiga ubuzima, ndetse umunyeshuri umwe wiga muri kaminuza arahakomerekera. â Guhererekanya amasasu byaje nyuma yâaho abapolisi bumvise amasasu […]
Igisubizo gikakaye cya Mourinho ku mukinnyi urusha undi ubuhanga hagati ya Crsitiano na Messi
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United, Jose Mourinho yagize icyo avuga ku mukinnyi abonaho ubuhanga hagati ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi. Mu kiganiro nâikinyamakuru ‘Soccer Ladumaâ Mouriho ntiyashatse kwerura ngo agire uwo avuga ko arusha undi. Ati â Messi ahanganye na Cristiano, ni impaka zâigihe kirekire. Ntekereza ko atari ibintu byiza kubagereranya.â Uyu Munyapolotigari […]
Huye: Abumvise amasasu menshi bafite amakenga ku mubare wâabagororwa barashwe
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira iryo ku wa Kane tariki ya 24 Mutarama 2019, nibwo inkuru yamenyekanye ko muri gereza ya Huye abagororwa bagerageje gutoroka bararaswa, ibinyamakuru bimwe byagiye bitangaza ko ari batatu barashwe ibindi bikemeza batanu, abaturage bo bakaba bagaragaza amakenga yâiyi mibare mu gihe bavuga ko humvikanye amasasu menshi. Urwego rushinzwe […]
Misiri: Abagore bakorewe ikinini kizajya kibongerera ubushake bwo gutera akabariro
Igihugu cya Misiri cyemeje igurishwa rya Viagra yâabagore mu rwego rwo kugabanya gusenyuka kwâingo gukomeje kuba hejuru muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika nkâuko bitangazwa nâitangazamakuru ryaho. Minisitiri wâubuzima wa Misiri akaba yatanze uburenganzira bwo gukoresha iki kinini nyuma yâubushakashatsi bwagaragaje impamvu nyamukuru yo gutandukana kwâabashakanye mu Misiri ahanini bitewe no kutishimirana hagati […]
Hamenyekanye icyateye Perezida Tshisekedi guhagarika ijambo ryo kurahira atarirangije
Perezida mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yari yateye benshi impungenge ubwo yahagarikiraga hagati indahiro ye, akaba asobanura ko byatewe nâumunaniro yari afite. Umuhango wo kurahira kwe nkâumukuru wâigihugu wabaye ku wa Kane tariki ya 24 Mutarama 2019, witabirwa nâimbara yâabantu i Kinshasa. Tshisekedi yafashwe n’uburwayi bw’akanya gato, avuga ko yari afite […]
Nyaruguru/ Kivu: Abana baracyigira hanze
Ubwo itsinda ryâAbadepite mu Nteko Ishinga amategeko ryasuraga umurenge wa Kivu mu karere ka Nyaruguru, ryatunguwe no kubona abana bigira hanze. Ku kigo cyâamashuri abanza cya Kimina (EAR) giherereye muri uyu murenge wa Kivu, abadepite basanze abana bagera kuri 90 bo mu mwaka wa mbere ubu bigira hanze kuva uyu mwaka watangira. Kubera kwitegura abashyitsi […]
Ku nshuro ya Mbere RDC ibonye Perezida utari Yozefu ntabe na Desiré
Mu mateka ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imaze kugira abaperezida batanu. Bane babanje bari bahuriye ku mazina amwe, iyo atabaga ari DesirĂ© yabaga ari Joseph.  Tshilombo Antoine Tshisekedi Felix, abaye uwa mbere udafite rimwe muei ayo mazina yombi.  Twibukiranye uko bakurikiranye:  JOSEPH Kasavubu yayoboye RDC kuva kuwa 01/07/1960 kugeza kuwa 24/11/1965 […]
Intore Bamporiki yarahije abahatanira Miss 2019, bamwe bambikwa amakamba
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Mutarama 2019, abakobwa bahatanira ikamba rya Miss 2019 barahiriye imbere y’Intore Bamporiki uyobora itorero ry’u Rwanda, ko batazatatira igihango cy’igihugu. Ni nyuma yo kunywesha ku ntangoy’indahiro,  abakobwa 15 basigaye mu Nkambi itegurirwamo uzaba Miss nabo bakaba bahigiye imbere ye ko batazatatira u Rwanda. Ibi byabereye mu […]
Mwiseneza Josiane ni igisasu akaba n'umugisha ku bategura Miss Rwanda
Mwiseneza Josiane ni umukobwa uri guhatanira ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2019, watumye muri iri rushanwa hagaragaramo byinshi ndetse rikurikirwa na benshi ugereranyije nâayabayeho mu myaka yashize, aha kandi harimo no guhangana kw’abafana bitamenyerewe bitewe no gushyigikirwa kâuyu mukobwa kugaragara hirya no hino mu gihugu no hanze yacyo, aho usanga benshi bajya impaka kâugomba kuba Miss […]
Zari yacyuriye Diamond ashinja kutita ku bana babyaranye
Umuherwe Zari Hassan yacyuriye Diamond Platnumz babyaranye, amubwira ko amafaranga atasimbura urukundo agombwa abana be. Zari yabyaranye na Diamond abana babiri, umuhungu nâumukobwa, Tiffah na Nillan, muri Gashyantare umwaka ushize ubwo batandukanaga, abana basigaranye na nyina ariko uyu mugabo yemererwa kuzajya abasura aho babana na nyina muri Afurika yâEpfo. Zari uvuga ko uyu mugabo atita […]
RDC: Mu bakuru bâibihugu 17 batumiwe mu irahira rya Tshisekedi, uwâu Rwanda na Uganda ntibarimo
Mu bakuru bâibihugu 17 batumiwe mu muhango wâirahira rya Perezida mushya wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ntiharimo abaturanyi nka Perezida Kagame na Perezida Museveni wa Uganda ndetse nâuwa Zambia, Edgar Lungu bose bagaragaje gushidikanya ku matora yo kuwa 30 Ukuboza muri iki gihugu. Kuri uyu wa kane, itariki 24 Mutarama, nibwo byari biteganyijwe ko […]
Rubavu: Batatu bashinjwa kunyereza umutungo wa Sacco-Rugerero baburiwe irengero
Ubushinjacyaha buratangaza ko mu bantu bagera kuri bane bakekwaho kurigisa umutungo wa Sacco ya Rugerero umwe ari we watawe muri yombi mu gihe abandi bagera kuri batatu barimo umugore umwe bacitse bakaba bari gushakishwa. Ku wa 14 Mutarama 2019 Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwatangiye gukurikirana dosiye iregwamo abantu batatu 3 bakekwaho icyaha cyo […]
U Bufaransa bwohereje mu rukiko mpuzamahanga undi wahoze akuriye Anti-Balaka
Umuyobozi wâumutwe wa Anti-Balaka ndetse akaba ari nawe wari ukuriye Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru muri Centrafrica, Patrice-Edouard NgaĂ ÂŻssona, wafatiwe mu Bufaransa mu gihe kirenga gato ukwezi gishize, kuri uyu wa gatatu, itariki 23 Mutarama yohererejwe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) rumukurikiranyeho ibyaha byibasiye inyokomuntu nâibyaha byâintambara. Patrice-Edouard NgaĂ ÂŻssona wafatiwe mu Bufaransa hagati mu Ukuboza umwaka ushize, yakoze […]
Ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri
Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri yashyizwe mu bikorwa uhereye mu gitondo cyo ku itariki ya 7 Mata 1994. Nâubwo Abatutsi bari baratangiye kwicwa kuva mu 1991 mu makomini atandukanye, Jenoside yo mu 1994 yaje ari simusiga yibasira abari bararokotse ubwicanyi bwa hato na hato hagati ya 1990 na 1993. Abatutsi bakaba […]
Umugabo arakekwaho kwica umwana we amuryoza kurira cyane
Umugabo wo mu cyaro cya Odur mu Gace Ka Lamogi mu Karere ka Amuru muri Uganda akekwaho kwica umwana we wâumwaka umwe bitewe nuko yariraga cyane. Ibi byabaye ku wa Mbere wâiki cyumweru aho uyu mugabo ukekwaho iki cyaha yakubise bikomeye umwana we wâumuhungu ubwo yageraga mu rugo agasanga uyu mwana yarize ubudahozwa. Bivugwa ko […]
Rusizi/Nyenji: Barara mu kizima kandi baturiye urugomero rutanga amashanyarazi
Abaturage bo mu Kagari ka Nyenji, mu Murenge wa Nzahaha, mu Karere ka Rusizi, bavuga ko bababazwa no kurara mu kizima nyamara urugomero rutanga amashanyarazi mu bihugu byâu Rwanda, Burundi na Congo/ Kinshasa rwa Rusizi ya Kabiri ruri mu kagari ka Rwinzuki baturanye. Bavuga ko iyi mibereho ari yo ibaheza mu bukene kandi ari abahinziborozi […]
Kugenda, gukorera muri Uganda byâUmunyarwanda byabaye icyaha- Amb. Nduhungirehe
Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko bimaze kugaragara ko kuba Umunyarwanda yagenda cyangwa agakorera muri Uganda byagizwe icyaha. Abanyarwanda batandukanye bagiye batabwa muri yombi bashinjwa kuba intasi zâu Rwanda. Aba bakorewe iyicarubozo ndetse bamwe bacuzwa utwabo byâumwihariko abakoraga ubucuruzi. Kuwa Kabiri wâiki cyumweru nibwo Umunyarwanda wari Ushinzwe Ubucuruzi nâikwirakwizwa […]
USA: Umusore wâimyaka 21 yishe abantu batanu abarasiye muri banki
Umugabo witwaje imbunda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Mutarama yarashe abantu batanu abasanze muri imwe mu mabanki yo muri Leta ya Florida nkâuko bitangazwa nâigipolisi. Itangazamakuru ryo muri Amerika riravuga ko uwigeze gutorezwa ubucungagereza wari uherutse kwimukira muri Florida aturutse muri Indiana yishe abantu batanu bari bahagaze ku […]
Umunyamideli Kantengwa Judith yahishuye ko nyirarume yamusambanyirije mu Rwanda
Nyuma yo kugenda avugwaho gushyira amashusho nâamafoto byâurukozasoni ku mbuga nkoranyambaga, umunyamudeli Judith Heard yahishuye bimwe mu byagiye bimutera ihungabana mu mateka yâubuzima bwe. Judith aganira na BBC, yatangaje ko ubwo yari afite imyaka 17 yâamavuko, yasambanyijwe ku ngufu nâabasirikare babiri bâabofisiye ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bamufatiyeho imbunda, ko ibi âByatumye mu buzima […]
Masisi: Abasivili 5 baguye mu mirwano mu gihe havugwa abarwanyi benshi bâumutwe wavuye muri FDLR
Abasivili batanu bamaze kwicwa mu gihe abandi benshi bakomerekeye mu mirwano ihuza guhera kuwa Mbere, itariki 21 Mutarama, ingabo za Congo, FARDC nâumutwe wa FDDH wakomotse kuri Nyatura, mu bice bya Luke no mu biturage bihakikije byo muri Teritwari ya Masisi. Muri ibi bice kandi haravugwa urujya nâuruza rwâabarwanyi benshi bâumutwe wa CNRD witandukanyije na […]
Huye: Abagororwa batanu barashwe
Abaturiye gereza ya Huye,ku Karubanda, bavuga ko ahagana saa Mbiri zâijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mutarama 2019, humvikanye amasasu menshi, bikavugwa ko abagororwa batanu barashwe ubwo bageragezaga gutoroka. Havugimana Pierre ni umwe mu baturage batuye ku Karubanda, avuga ko yari ari mu nzira ataha yumva amasasu avuga ariko ntibyamara akanya karekare. […]