Umunyamerika Michael Bechky yaheshejwe ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama, rwategetse ko Umunyamerika Michael Bechky asubizwa ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda Iradukunda Gilbert akabwandikwaho nka nyirabwo. Imiterere y’ikibazo Ku itariki ya 04 Mutarama ni bwo uru rukiko rwaburanishije mu mizi urubanza Michael Allen Bechky yaregagamo Iradukunda kumutwarira ubutaka buherereye mu mudugudu wa Butorwa, akagari ka […]
Kampani ya Ngabo Karegeya yeguriwe ubutaka mu Bigogwe, ashimira Perezida Kagame

Ahitwa mu Bigogwe mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Rwanda, hamaze kuba icyitegererezo cy’ubukerarugendo bushingiye ku muco nyarwanda by’umwihariko ku nka. Kuri uyu wa 30 Mutarama 2023, Leta yeguriye ubutaka buherereye mu Bigogwe kampanyi yitwa Ibere rya Bbigogwe Tourism Company LTD yashinzwe n’umusore Ngabo Karegeya wamamaye ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya ‘Ibere rya Bigogwe’. Ngabo mu […]
Indaya iravugwaho kwiyahura nyuma yo kumenya ko umukunzi wayo yashakanye n’undi
Umukobwa wakoraga umwuga w’uburaya yasanzwe yapfuye muri hoteli ku muhanda wâisoko rya kera muri Onitsha, muri Leta ya Anambra, muri Nigeria. Uyu nyakwigendera uzwi ku izina rya Chisom, ukomoka muri Leta ya Enugu, bivugwa ko yapfuye ku wa 30 Mutarama 2023 nyuma yo kumara koza ibyombo. Impaka zabaye nyinshi cyane ku bantu bari bazi uyu […]
Perezida Biden ntakozwa ibyo guha Ukraine indege za F-16 ikomeje gusaba
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yanze kohereza indege z’intambara za F-16 muri Ukraine, nubwo abayobozi ba Ukraine bakomeje gusaba inkunga y’indege zâintambara . Kuri uyu wa Mbere ushize, abajijwe nâumunyamakuru niba Amerika izatanga indege, Perezida Biden yasubije ati “oya”. Ibi yabitangaje nyuma y’umunsi umwe umuyobozi wâu Budage na we yanze kohereza […]
Itariki y’urubanza rwa Prince Kid yamenyekanye
Urukiko Rukuru rwahaye itariki ubujurire bwâUbushinjacyaha mu rubanza rwa Ishimwe DieudonnĂ© wamenyekanye nka Prince Kid, bukazaburanwa ku wa 10 Werurwe 2023. Ni itariki yemejwe na Me Nyembo Emelyne wunganira Ishimwe, akaba agiye kongera kuburana nyuma yâuko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamugize umwere mu Ukuboza 2022. Prince Kid washinze Rwanda Inspiration Back Up yeteguraga irushanwa rya […]
Karongi: Barahamya ko iterambere ryabo ridindizwa n’imihanda mibi

Abaturage bâimwe mu irenge yâicyaro yâakarere ka Karongi baravuga ko imihanda mibi ari kimwe mu bibaheza mu bwigunge nâubukene bukabije, bagasaba akarere, abafatanyabikorwa bako nâikigo cyâigihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi (RTDA) kubatabara, kuko ngo hari nâabatabasha kugera ku bitaro bagombye kwivurizaho bitewe nâuko imihanda bakanyuzemo babigana yapfapfanye. Abaganiriye na Bwiza.com, batangaje ko, mu byâukuri abaturage bâaka […]
Abakinnyi bagize uburebure butangaje mu mateka ya NBA

Gusumba abandi mu gihagararo ni impano ikomeye ku mukinnyi w’umukino w’inkangara (Basketball). Muri rusange umukinnyi, muremure muri Basketball yoroherwa cyane no kuboneza mu nkangara, kwambura imipira, kugumana umupira aho biri ngombwa ndetse usanga akenshi arangwa n’intambwe ndende, bikabangamira abo bahanganye. N’ubwo bimeze bityo ariko, kuba muremure bikabije bigira ingaruka nyinshi ku buzima bwa buri munsi […]
Umugabo yajyanye umukobwa mu rukiko nyuma yo kumurihirira amashuri, akanga ko bashakana

Umugabo wâimyaka 40 yâamavuko witwa Richard Tumwine, uyuye mu gace ka Kanungu muri Uganda, yajyanye umukobwa bakundanaga mu rukiko nyuma yâaho amurihiye amashuri, yayarangiza akanga ko bashaka kandi yari yarabimusezeranyije. Tumwine yasobanuye ko yarihiriye uyu mukobwa witwa Fortunate Kyarikunda mu ishuri ryâamategeko rya LDC, amutangaho igiteranyo cyâamashilingi ya Uganda miliyoni 9. Akirangiza amashuri, ngo yamubwiye […]
Le célÚbre musicien congolais diffuse de fausses nouvelles sur les réseaux sociaux
Au milieu des relations tendues entre le Rwanda et la RD Congo, le cĂ©lĂšbre chanteur congolais Mohombi a Ă©tĂ© pris dans un scandale de fausses nouvelles, aprĂšs avoir partagĂ© sur son compte Twitter une fausse annonce . L’annonce non datĂ©e, prĂ©tendant provenir du bureau du Premier ministre rwandais, a Ă©tĂ© diffusĂ©e sur les rĂ©seaux sociaux […]
Ngororero: Ikibazo cy’agatsiko kâabagore bari barazengereje abaturage cyavugutiwe umuti

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba, CIP Mucyo Rukundo, aravuga ko ikibazo cyagaragajwe mu Karere ka Ngororero mu mpera zâumwaka ushize cyâagatsiko kâabagizi ba nabi byavuzwe ko kari kagizwe nâabagore gusa bari barajujubije abaturage bo mu Murenge wa Matyazo, babiba ndetse banabatega bakabambura, cyavugutiwe umuti ubu abo bagore baretse iyo ngeso mbi . Amakuru yavaga […]
Pakistan: Igisasu cyari giteze mu musigiti cyahitanye abantu hafi 20
Kuri uyu wa Mbere, igisasu cyaturikiye mu musigiti cyahitanye nibura abari barimo gusenga 19 abandi benshi barakomereka mu mujyi wa Peshawar uherereye mu majyaruguru yâiburengerazuba bwa Pakistan, kandi benshi mu bapfuye ni abapolisi bari bateraniye mu masengesho ya buri munsi . Polisi ivuga ko uyu musigiti wari hafi yâibiro byâabapolisi, kandi hari abantu bagera kuri […]
U Burusiya burashinja Ukraine gukora ibyaha byâintambara muri Donbass
Kuri iki Cyumweru, Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya yatangaje ko Kiev nâabaterankunga bayo bo mu Burengerazuba bagomba kwemera uruhare rwabo mu gusenya ibitaro byâabasivili muri Donbass. Yongeyeho ko abakoze âicyaha cyâintambaraâ batazacika igihano . Minisiteri yâingabo yâu Burusiya yavuze ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, Ingabo za Ukraine zarashe za roketi zikoresheje […]
Boris Johnson yahishuye uko Putin yigeze kumukangisha kumurasisha misile
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Boris Johnson, yatangaje ko Perezida Vladimir Putin yamukangishije kuzamugabaho igitero cya misile mbere yo gutegeka Ingabo zâu Burusiya gutera Ukraine . Icyo gisa nkâiterabwoba ngo yakibwiwe kuri telephone mbere gato yâigitero cyo ku ya 24 Gashyantare, nkâuko filimi mberankuru nshya ya BBC iza gusohoka kuri uyu wa Mbere ivuga. […]
Afurika yâEpfo: Abantu 8 bishwe barasiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru yâamavuko
Abantu umunani barashwe baricwa abandi batatu barakomereka mu kurasa kwabereye mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko muri Afurika y’Epfo . Serivisi ishinzwe abapolisi bo muri Afurika yâEpfo (SAPS) mu itangazo ryayo yatangaje ko ibi byabereye i Kwazakele, Gqeberha, mu Ntara Cape yâIburasirazuba ku Cyumweru, ubwo abantu babiri bitwaje imbunda barasaga abashyitsi bari bateraniye aho. Polisi […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza avuga ko yafunzwe na Polisi arengana
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza umenyerewe mu nkuru zâubutabera, avuga ko yatawe muri yombi nâabapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bakorera mu karere ka Nyarugenge arengana. Nkundineza wari umaze iminsi atagaragara mu kazi, kuri uyu wa 29 Mutarama 2023 yatangarije Jalas Official ko yatawe muri yombi tariki ya 19 Mutarama 2023 ubwo yari yagiye gusura umuryango […]
Umuyobozi muri Amerika yatangaje ko Ingabo za Eritrea zikiri ku butaka bwa Ethiopia
Umuyobozi mukuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatandatu yavuze ko ingabo za Eritrea zikiri muri Ethiopia nubwo zasubije inyuma umupaka, zivuguruza abategetsi ba Ethiopia bavuga ko Abanya-Eritereya bamaze kugenda . Ingabo za Eritrea zafatanyije nâingabo za Ethiopia kurwanya inyeshyamba mu ntambara imaze imyaka ibiri ihuza guverinoma ya Ethiopia nâinyeshyamba zo mu […]
Umunyamerika yahishuye uko yagerageje kuburizamo ibitero bya USA kuri Saddam Hussein

Scott Ritter, umusesenguzi mu by’umutekano wabaye mu ngabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zirwanira mu mazi, ashinzwe ubutasi, akaba nâumwe mu bari bayoboye Komisiyo yihariye yâUmuryango wâAbibumbye yari ishinzwe kugenzura ikoreshwa n’ikorwa ry’intwaro kirimbuzi muri Iraq, yahishuye uko yagerageje kuburizamo ibitero kuri Saddam Hussein ariko bikaba iby’ubusa. Uyu Munyamerika wâimyaka 61 yâamavuko, mu nyandiko […]
London: Minisitiri wâIntebe yirukanye muri guverinoma uwari chairman wâishyaka riri ku butegetsi
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yirukanye Nadhim Zahawi wari umuyobozi wâishyaka ryâaba conservateur nyuma yâuko umujyanama wâimyitwarire ye yemeje ko habaye âukurenga gukabijeâ ku mahame agenga abaminisitiri . Mu ibaruwa yasohowe na Downing Street mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Minisitiri wâIntebe yavuze ko yagize uruhare mu kubahiriza umuhigo we wo guharanira ko guverinoma […]
Tshisekedi yijeje Abanyekongo ko hafashwe ingamba zo guhagarika ibikorwa by’u Rwanda na M23
“Perezida wa Repubulika yifuje guhumuriza abaturage ba Congo bose muri rusange, ndetse nâabaturage bo muri Kivu yâAmajyaruguru, ko hafashwe ingamba zose zo guhagarika ibikorwa byâu Rwanda nâumutwe wâiterabwoba M23”, ibi minisitiri w’Itangazamakuru, Patrick Muyaya, yabitangaje akomoza ku byaganiriwe mu Nama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu 27 Mutarama . Nkâuko yabitangaje, ngo Perezida wa Repubulika yamenyesheje […]
Musanze: Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho gukubita umunyeshuri w’imyaka 8
Umuyobozi w’ishuri rya ‘Spes Nova Junior Academy’ witwa Niyonsenga Maximilien afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Muhoza kubera gukubita no gukomeretsa umwana w’imyaka 8 mwene Ntirenganya Erneste na Uwizeyimana Alliance, batuye mu mudugudu wa Ntenya, Akagari ka Nyangwe , umurenge wa Gahunga ahazwi nko ku Kanyirarebe. Uyu mwana wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza […]
Nyuma yâaho Kitshanga ifashwe, abatuye Goma basabwe kudahumbya
Meya wâumujyi wa Goma, Komiseri Kabeya Makossa François yasabye abahatuye kuba maso cyane, bagatanga amakuru ku bantu bose bakeka ko babahungabanyiriza umutekano. Mu itangazo yashyizwe yashyizeho umukono tariki ya 27 Mutarama 2023, Komiseri Makossa yasobanuye ko ahakwiye kugenzurwa cyane ari ahahurira abantu benshi nko mu nsengero, mu mashuri, mu masoko, mu tubari no mu tubyiniro. […]
U Burusiya bwahambirije ambasaderi wâikindi gihugu nyuma yo kwirukana uwa Estonia
Ambasaderi wa Latvia i Moscou, Maris Riekstins, yategetswe na Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya kuva mu gihugu bitarenze ibyumweru bibiri. Ku wa Gatanu, Dacija Rutka, charge dâaffaires wa Latvia i Moscow, yahamagajwe muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga, aho yamenyesherejwe icyo cyemezo . Ku wa Mbere, Riga yari yavuze ko Moscow irimo kumanura urwego rwâububanyi nâamahanga, avuga […]
Miliyari 30 zâAmadolari zigiye gushorwa mu kuzana impinduka mu buhinzi muri Afurika
Kuri uyu wa Gatanu ushize, abafatanyabikorwa ba Afurika mu iterambere biyemeje gutanga miliyari 30 z’amadolari mu iterambere ryâubuhinzi nâubusugire bwâibiribwa ku mugabane wa Afurika mu myaka itanu iri imbere . Ibi byatangajwe nyuma yo gusoza inama yâibiribwa ku mugabane wa Afurika yabereye mu murwa mukuru wa Senegal, Dakar. Inkunga izaba ishingiye ku nkunga itaziguye mu […]
Abasirikare ba FARDC barimo ba Colonel baguye mu mutego, hapfamo 15
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu ntara ya Ituri, bateze imodoka zari zitwaye abasirikare bâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (FARDC) barimo babiri bafite ipeti rya Colonel, hapfiramo 15. Radio Okapi isobanura ko iki gitero cyabereye muri teritwari ya Djugu ku wa 27 Mutarama 2023, ku muhanda Nimero 7 uri hafi ya […]
APR FC yababaje Kiyovu Sports ku munota wa nyuma, ifata umwanya wa mbere
Ikipe ya APR FC yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-2. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Kiyovu Sports, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona. Ni umukino waranzwe no gusatirana ku mpande zombi. Kiyovu Sports yawinjiyemo hakiri kare yafunguye amazamu ku munota wa […]
Abavoka basaga 200 barahiriye inshingano zabo nshya basabwe kurangwa nâubunyangamugayo

Perezida wâUrugaga rwâAbavoka, RBA, Me Nkundabarashi MoĂŻse, yibukije Abavoka bagera kuri 231 barimo nibura abanyamahanga 150 barahiriye kuba abavoka kuri uyu wa 27 Mutarama 2023 ko umwuga bajemo ugira amabwiriza, abasaba kurangwa nâubunyangamugayo . Bamwe muri abo banyamahanga barahiriye kuba abunganizi mu mategeko harimo abakomoka mu bihugu bya Uganda u Burundi, Kenya ndetse na Cameroun. […]
Amakosa 5 ukwiye kwitwararikaho mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
Inzobere mu byerekeye imibonano mpuzabitsina zivuga ko hari amakosa amwe namwe abantu bakunze gukora mbere yo gutera akabariro, bikaba byabaviramo ukwicuza gukomeye. Abenshi mu bagwa mu mutego w’aya makosa ni abanayakora batabizi. Ni muri urwo rwego muri iyi nkuru twahisemo kubategurira ibintu bitanu bishobora kukugiraho ingaruka mu gihe utabyitwararitseho mbere yo kujya mu gikorwa cy’imibonano […]
RRA yorohereje abasabwa kumenyekanisha no kwishyura umusoro wa PAYE na VAT
Ikigo cyâigihugu cyâimisoro nâamahoro, RRA, cyorohereje abari babagamiwe no kumenyekanisha hamwe no kwishyura umusoro ku bihembo (PAYE) no ku nyongeragaciro (VAT) hashyingiwe ku bihembwe bishya. RRA isobanura ko nyuma yâaho Komiseri Mukuru wayo ashyizeho ibi bihembwe bishya bya PAYE na TVA, abasora banyuranye bagaragaje ko babangamiwe no guhita babishyira mu bikorwa, bitewe nâuruhurirane rwâindi misoro […]
Papa Francis yamaganye imyumvire ya gikoloni yiganje mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yamaganye imyumvire ya gikoloni ibihugu byo mu burengerazuba bwâIsi bifite ku mugabane wa Afurika. Uku kwamagana gukubiye mu butumwa yatangiye mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Associated Press i Vatican, cyari cyerekeye ku ruzinduko ateganya kugirira ku mugabane wa Afurika ku mpera yâuku kwezi. Yagize ati: âMu Gitaliyani turavuga […]
Copenhague a suspendu les pourparlers avec le Rwanda sur son plan d’asile controversĂ©
Copenhague a interrompu les pourparlers avec le Rwanda sur son plan d’asile controversĂ© car il appelle Ă un soutien europĂ©en pour la crĂ©ation d’un centre d’accueil des migrants en dehors de l’UE oĂč il peut transfĂ©rer les personnes demandant l’asile . Le Danemark a dĂ©clarĂ© qu’il souhaitait que les personnes demandant l’asile dans le pays […]
Ese koko Sukhoi-25 ya FARDC yarasiwe mu kirere cya RDC cyangwa cyâu Rwanda? Dore uko byagenze

Mu gihe Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nâiyâu Rwanda bitavuga rumwe ku hantu indege yâintambara ya Sukhoi yâIgisirikare cya FARDC yarasiwe, amakuru yisumbuyeho akomeje kugaragara ashobora kugaragaza ufite ukuri . Hari ku isaha ya saa kumi nâimwe nâiminota itatu, ku itariki ya 25 Mutarama 2023, ubwo Igisirikare cyâu Rwanda cyarasaga iyi ndege yâintambara […]
Iran: Umuntu witwaje intwaro yagabye igitero kuri Ambasade ya Azerbaijan i Tehran
Umuntu witwaje imbunda yarashe ku biro byâabashinzwe umutekano kuri Ambasade ya Azerbaijan i Tehran muri Iran nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâububanyi nâamahanga i Baku (umurwa mukuru wa Azerbaijan). Umuyobozi wâabashinzwe umutekano kuri ambasade yishwe mu gihe abashinzwe umutekano babiri bakomerekeye muri icyo gitero cyagabwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu . Minisiteri yavuze ko […]
Trump avuga ko iyo aba akiri Perezida, yari gukemura ikibazo cyo muri Ukraine mu masaha 24
Donald Trump wayoboye Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), avuga ko iyo aba akiyobora iki gihugu yari gukemura ikibazo cyâintambara imaze amezi 11 hagati ya Ukraine nâu Burusiya. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe âTruth Socialâ kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, Trump yagize ati: âNâubu mbaye ndi Perezida, nashobora kujya mu mishyikirano, nkarangiza iyi […]
Umudepite aribaza niba nta kuntu u Rwanda rwasubirana ubutaka rwambuwe nâabakoloni
Umudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Nizeyimana Pie, aribaza niba nta kuntu iki gihugu cyasubirana ubutaka cyambuwe buri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) no mu bindi byâabaturanyi. Kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagejeje ku Nteko Rusange yâUmutwe wâAbadepite uko umubano wâu Rwanda nâibihugu byo […]
Denmark yahagaritse ibiganiro yagiranaga nâu Rwanda ku kibazo cyâabahasaba ubuhungiro
Igihugu cya Denmark cyabaye gihagaritse ibiganiro cyagiranaga nâu Rwanda kuri gahunda yo gutanga ubuhungiro itavugwaho rumwe mu gihe gisaba inkunga yâu Burayi mu gushinga ikigo cyakira abimukira hanze yâibihugu bigize Ubumwe bwâibihugu byâu Burayi aho bashobora kohereza abasaba ubuhungiro . Denmark yavuze ko ishaka ko abantu bashaka ubuhungiro muri iki gihugu bimurirwa mu bigo byakira […]
Abiy Ahmed yasuye bwa mbere Sudani nyuma yâigihe ibihugu byombi birebana ayâingwe
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yageze mu murwa mukuru wa Sudani, Khartoum, aho yahuye na Gen. Abdel Fattah al-Burhan uri ku butegetsi nkâuko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara . Perezidansi ya Sudani mu itangazo yagejeje kuri Anadolu Agency, yagize ati: “Uyu munsi abayobozi bombi bakoze inama, baganira ku bibazo byâibihugu […]
Igisubizo cy’u Rwanda ku banye-Congo bivovotera kuzarutera bagafata Kigali
Guverinoma y’u Rwanda yasubije abanye-Congo bamaze igihe bikomanga ku gatuza bavuga ko bagomba kurutera bakagarukira i Kigali, ibabwira ko uko bazaza ari ko bazakirwa. Abanye-Congo kuva umwuka mubi watangira kuza hagati y’igihugu cyabo n’u Rwanda, bakunze kugaragaza ko bifuza ko Congo yatera u Rwanda; ibyo banamaze igihe bashishikariza Ingabo z’Igihugu cyabo. Ni umugambi warushijeho gufata […]
Sgt Robert ntakibana nâumugore we batorokanye igihugu
Sergeant Major Kabera Robert uzwi cyane nka âSergeant Robertâ yemeje ko atakibana nâumugore we Muhorakeye Jane batorokanye igihugu ubwo ubutabera bwamushakishaga bumukekaho icyaha gusambanya ku gahato umukobwa we. Uyu musirikare na Muhorakeye bahungiye muri Uganda banyuze Kagitumba mu karere ka Nyagatare, bambuka amazi menshi ku buryo ngo bitashobokaga ko bajyana uruhinja rwabo rwâamezi 7, barusigira […]
Polisi yâu Rwanda yasinye amasezerano yâubufatanye na Kaminuza ya Kent State

Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu byâuburezi n’ubushakashatsi . Ni amasezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Mutarama, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hagati yâUmuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda, IGP Dan Munyuza na Marcello Fantoni, […]
Mussa Fazil Harerimana yifuzaga ko Sukhoi ya RDC ihanurwa igasigara mu Rwanda

Visi Perezida wâImari nâAbakozi mu mutwe wâabadepite wâinteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Mussa Fazil Harerimana, yatangaje ko yifuzaga kubona indege yâintambara ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yahanuwe, ntisubire i Goma. Fazil yabigaragaje kuri uyu wa 26 Mutarama 2023 ubwo Inteko Rusange yâUmutwe wâAbadepite yagezwagaho na Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta, uko umubano […]
Sudani yâEpfo: Perezida Salva Kiir yaburiye ababa bateganya kumuhirika ku butegetsi
Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yihanangirije abateganya guhirika ubutegetsi muri iki gihugu, avuga ko batazabirokoka . Ibi yabivugiye mu muhango wo kurahiza umunyamabanga mukuru wâishyaka riri ku butegetsi rya Sudan Peopleâs Liberation Movement (SPLM), Peter Lam Bombi. Perezida Kiir, akaba ari na Perezida wa SPLM, yavuze ko amakimbirane ya […]
Intumwa ya UN ihangayikishijwe na Sukhoi-25 ya RDC iherutse kuraswa

Intumwa yihariye yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye mu karere kâibiyaga bigari, Huang Xia, yatangaje ko ahangayikishijwe cyane nâamakuru yâiraswa ryâindege yâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ku mupaka wayo nâu Rwanda. Tariki ya 24 Mutarama 2023, guverinoma yâu Rwanda yatangaje ko iyi ndege ya Sukhoi-25 yavogereye ikirere cyâi Rubavu bwa gatatu saa kumi nâimwe nâiminota […]
Yatawe muri yombi agerageza guha umupolisi ruswa y’ibihumbi 20Frw
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama, Polisi y’u Rwanda yafashe umushoferi witwa Majyambere Jean D’Amour ubwo yageragezaga guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20 kugira ngo ahabwe icyemezo cy’ubuziranenge bw’imodoka . Yafatiwe i Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahamaze iminsi hakorera imashini isuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga ikora yimuka mu rwego rwo korohereza abakeneye […]
Kagame et le patron du FMI ont eu des discussions sur le partenariat

Le prĂ©sident Paul Kagame et Kristalina Georgieva, directrice gĂ©nĂ©rale du Fonds monĂ©taire international (FMI), ont eu des discussions sur le partenariat en cours le 25 janvier au Village Urugwiro . Georgieva est au Rwanda pour une visite de travail de trois jours se terminant le 26 janvier, qui vise Ă approfondir les systĂšmes de financement […]
Uwari Perezida wa Maurtania yatangiye kuburanishwa ku byaha byo kwigwizaho umutungo
Urubanza rwâuwahoze ari Perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Abdel Aziz, rwatangiye kuri uyu wa Gatatu i Nouakchott, rutanga ishusho idasanzwe yâuwahoze ari umukuru wâigihugu watawe muri yombi akurikiranweho kwikungahaza mu buryo butemewe . Uyu waburanishijwe kubera gukoresha nabi ububasha bwe kugira ngo akusanye umutungo munini, yayoboye kuva mu 2008 kugeza muri 2019 iki gihugu kinini […]
Pasiteri Niyonzima Claude wahanuye ikinyoma kuri Bamporiki yasobanuye ko âururimi rwanyereyeâ
Umuvugabutumwa Rev. Past. Niyonzima Claude uherutse guhanura ikinyoma kuri Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâurubyiruko nâumuco, yasobanuye ko yacitswe akavuga ibitari byo. Habura amasaha make ngo urukiko rukuru rusome umwanzuro ku rubanza rwa Bamporiki, tariki ya 23 Mutarama 2023 Past. Claude yatangarije ku muyoboro wa 3D TV ko uyu munyapolitiki wakoze imirimo […]
U Burusiya bwongeye kubyuka busuka ibisasu kuri Ukraine
U Burusiya bwagabye igitero gishya cyo mu kirere kuri Ukraine mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, aho abayobozi ba Ukraine babwiye abasivili kwihisha mu gihe ingabo zirwanira mu kirere zarashe misile zinjiraga . Misile ebyiri zagaragaye hejuru yâakarere ka Mykolaiv, nk’uko byatangajwe na guverineri waho, Vitaly Kim, kuri porogaramu yo kohererezanya ubutumwa ya Telegram. […]
Moses Turahirwa yibasiye KNC warahiriye gutwika ishati yaguze muri Moshions
Umunyamideli Moses Turahirwa yibasiye umunyamakuru Kakoza Nkuriza Charles (KNC) wa Radio/TV1 warahiriye gutwika ishati yaguze mu nzu ya Moshions. Tariki ya 5 Mutarama 2023 ubwo ku mbuga nkoranyambaga hari hashize iminsi hakwirakwira videwo yâumuntu uri mu ishusho ya Turahirwa asambanywa nâabagabo babiri, KNC wari mu kiganiro Rirarashe ni bwo yavuze ko atwika iyi shati. Uyu […]
Beni: Ikindi gisasu cyaturikiye mu isoko gikomeretsa byibuze abantu 8
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 25 Mutarama 2023, ku isoko rito rya Macampagne, riherereye mu gace ka Kalinda, i Beni (Kivu yâAmajyaruguru) haturikiye ikindi gisasu . Amakuru aturuka aho byabereye avuga ko byibuze abantu 18 bakomerekejwe nâiturika ryâicyo gisasu. Bamwe mu batangabuhamya babajijwe aho, bagaragaza ko igisasu cyari cyashyizwe muri kiosk […]
Umugore wa Joseph Kabila aravuga ko umugabo we atarakora ku mushahara we wa miliyoni zisaga 600 Frw

Marie Olive Lembe Kabila, umugore wâuwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yakiriye umuhango wo gufungura ivuriro rya Centre Hospitalier Initiative Plus (CHIP) yubatse n’amafaranga ye . Mu ijambo rye, umugore wa Joseph Kabila yavuze ingingo nyinshi zijyanye nâmakuru avugwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyane cyane amateka yâubutegetsi bwâumukuru […]
Mu gihe kitagera ku mwaka, abadipolomate 574 bâu Burusiya barirukanwe
Kuva muri Gashyantare 2022 ingabo zâu Burusiya zatangiza ibitero muri Ukraine, abadipolomate babwo 574 birukanwe nâibihugu byiganjemo ibyo ku mugabane wâUburayi. Ibiro ntaramakuru byâAbarusiya, TASS, bisobanura ko mu birukanwe harimo 83 bakoreraga muri Bulgaria, 45 muri Poland, 40 mu Budage, 35 muri Slovakia, 35 mu Bufaransa, 33 muri Slovenia, 30 mu Butaliyani na 28 muri […]
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Congo

Perezida Paul Kagame yoherereje mugenzi we uyobora Repubulika ya Congo, Denis Sassou NâGuesso ubutumwa kuri uyu wa 25 Mutarama 2023. Nkâuko ibiro bya Perezida NâGuesso bibisobanura, ubu butumwa bwajyanwe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta. Byagize biti: âPerezida wa Repubulika, Denis Sassou-NâGuesso yaganiriye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama 2023, ku […]
Amakuru yâingenzi ku musirikare umwe muri babiri ba mbere bambaye ipeti riruta ayandi mu Rwanda

Igisirikare cyâu Rwanda gifite amateka yihariye cyane ko cyaranzwe nâimpinduka zikomeye, zatewe ahanini nâuko abenshi bahoze mu cya Leta yabanje ya Habyarimana JuvĂ©nal bagisezeyemo, abandi bakurikiranwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, kimwe nâabahisemo kurema umutwe witwaje intwaro wa FDLR ukorera mu mashyamba ya Repubulika ya demukarasi ya Congo. Ubwo Inkotanyi zari ziturutse muri Uganda zabohoraga […]
Le Premier ministre à Dakar avant le sommet continental sur la souveraineté alimentaire
Le Premier ministre Edouard Ngirente est arrivĂ© Ă Dakar, au SĂ©nĂ©gal, oĂč il se joint aux dirigeants mondiaux pour des discussions centrĂ©es sur la libĂ©ration du potentiel de production alimentaire de l’Afrique . Le prĂ©sident sĂ©nĂ©galais Macky Sall, prĂ©sident de l’UA, accueillera le sommet de trois jours sur l’alimentation, avec la Banque africaine de dĂ©veloppement […]
Abasenateri batangiye gusuzuma umushinga wâitegeko rishobora guha polisi ubundi bubasha
Abasenateri bagize Komisiyo yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmutekano batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda . Asobanurira Abasenateri uyu mushinga, Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana, yavuze ko muri rusange hagamijwe guha polisi bumwe mu bubasha itari isanzwe ifite bikagira ingaruka mu kuzuza inshingano zayo neza no kwimakaza ubunyamwuga muri Polisi. Minisitiri Alfred Gasana yavuze ko imwe […]
Byinshi ku ndege ziswe iz’umunsi w’imperuka

Kuva intwaro kirimbuzi zakora amabara mu ntambara ya kabiri y’Isi ku mijyi y’Abayapani mu mwaka 1945, isi yose yahise ihinda umushyitsi bitewe n’ubukana bw’ibyo bisasu. Magingo aya ni bwo gukangisha izi intwaro zasenya ibiriho byose biri ku kigero cyo hejuru. Bitewe n’intambara iri kubera muri Ukraine, u Burusiya bwakomeje kugenda buvuga ko igihe umutekano wabwo […]
Abo bose badutera nta na rimwe bari badukura mu birindiro â M23 ku makuru yâuko yambuwe Kishishe
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo za FARDC kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 24 Mutarama, zakuye umutwe wa M23 mu birindiro byawo, biri Kishishe na Bambo muri Teritwari ya Rutshuru, amakuru uyu mutwe wateye utwatsi ushimangira ko nta na rimwe kuva imirwano yatangira FARDC yari yabakura mu birindiro byabo […]
Somalia: Byibuze abantu 5 bahitanwe na bombe zari zigamije kwibasira ingoro yâumukuru wâigihugu
Byibuze abantu batanu barimo abanyeshuri babiri bo mu mashuri yisumbuye ndetse nâumugore bakomeretse ubwo bombe zari zoherejwe ku ngoro ya perezida wa Somalia zatigisaga umurwa mukuru, Mogadishu kuri uyu wa Kabiri ushize. Osman Mohamed, ushinzwe umutekano muri Mogadishu, yabwiye Anadolu Agency kuri telefoni ko ibisasu byinshi bya mortier bakeka ko byari bigamije kwibasira ingoro ya […]
Uhuru Kenyatta ahangayikishijwe nâimirwano yubuye hagati ya FARDC na M23
Umuhuza wâAbanyekongo washyizweho nâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Uhuru Kenyatta, yatangaje ko ahangayikishijwe bikomeye nâimirwano yubuye hagati yâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC), M23 nâindi mitwe yitwaje intwaro. Mu butumwa ibiro bye byashyize ahagaragara kuri uyu wa 25 Mutarama 2023, byavuze ko ari gukurikiranira hafi ibibera mu burasirazuba bwa RDC, byâumwihariko imirwano yubuye. […]
U Rwanda ruri gushishikariza Tanzania kwinjira muri gahunda yo gukoresha viza imwe yâubukerarugendo

Kuri uyu wa 24 Mutarama, Ambasaderi wâu Rwanda muri Tanzania, Maj. Gen. Charles Karamba, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wâumutungo kamere nâubukerarugendo muri Tanzania, Pindi Hazara Chana, ku kamaro ka gahunda ya Viza imwe yâubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba . Visa imwe yâubukerarugendo ya Afurika y’Iburasirazuba ni gahunda aho umukerarugendo azajya afatira viza muri kimwe mu bihugu […]