Indege ya MONUSCO yarashweho, umupilote ahasiga ubuzima

Indege yo mu bwoko bwa kajugujugu ya misiyo y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, MONUSCO, yarashweho n’abantu bataramenyekana, umupilote wayo ahasiga ubuzima, undi musirikare arakomereka. MONUSCO, mu butumwa yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 5 Gashyantare 2023 yasobanuye ko iyi ndege yavaga mu mujyi wa Beni yerekeza i Goma, yarashwe mu masaha ya […]

Ibihangange 10 muri ruhago byavukiye umunsi umwe

cwnbyqfuaae-zcs-3.jpg

None tariki ya 5 Gashyantare 2023 ni bwo ibyamamare bibiri muri ruhago Cristiano Ronaldo na Neymar Junior bishimiraga isabukuru y’amavuko. Kuko umuntu avuka rimwe risa, umunsi w’amavuko ni umwe mu minsi mikuru mu buzima bwa muntu. Umuntu aricara hasi maze agasubiza amaso inyuma, akishimira ibyiza yagezeho, ndetse agakosora aho bitagenze neza, ari na ko ahanga […]

Ibyo abantu benshi bibaza ku twobo tubiri tuba munsi y’umugongo

images_14_-2.jpg

Ibyo Abanyarwanda bita ‘amaso y’ikibuno’ bikunda kugirwa n’ab’igitsina gore. Abenshi barabigira ariko ntibazi igisobanuro cyabyo. Muri make, amaso y’ikibuno ni utwobo tubiri dufata impande zombi duherereye inyuma aho igufwa ry’uruti rw’umugongo rihurira n’iry’urukenyerero. Utu twobo rero ni karemano kuko duterwa no kwirema kw’inyama ndetse n’imitsi minini izihuza kuri icyo gice. Nta myitozo iyo ari yo […]

Polisi yerekanye ukekwaho kwica abantu 4 wari ufite intego yo kwica 40 abifatanya no kwiba

Polisi y’u Rwanda yerekanye uwitwa Hafashimana Usto ukekwaho ibyaha by’ubwicanyi ndengakamere wafashwe amaze kwica abantu bane abaciye imitwe abandi babiri akabakomeretsa, umwe muri bo amukuramo ijisho undi amuca ukuboko . Uyu mugabo w’imyaka 34 witwa uzwi kandi ku izina rya Yussuf avuka mu Karere ka Ngororero, Umurenge wa Ngororero mu Kagali ka Kanseke akekwaho ibyaha […]

Nyaruguru: Abasore 50 batangiye kubakira mugenzi wabo witegura kurushinga

Bamwe basizaga ikibanza, abandi batunda ibiti byo kubakisha

Abasore bo mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, batangiye igikorwa cyo guha umuganda mugenzi wabo witegura gushinga urugo bamufasha kubona inzu yo kuzazaniramo umugore. Iyo umusore afite ikibanza, yaramaze kurambangiza umugeni, abibwira bagenzi be, bakamufasha kugisiza, bagashaka ibiti byo kubaka cyangwa bakabumba amatafari, hanyuma bakazamura inzu kugeza ku gisenge, bagahoma, bakanasakara. We yishakamo […]

Gen. Pervez Musharraf wahoze ari Perezida wa Pakistan yapfuye ku myaka 79

Uwahoze ari Perezida wa Pakistan, Gen. Pervez Musharraf, wafashe ubutegetsi mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryamennye amaraso menshi mu 1999 agatangira kurwanya ubuhezanguni bwa kisilamu, yapfuye afite imyaka 79 . Gen. Musharraf yari umutegetsi w’umusirikare utavugwaho rumwe wayoboye Pakistan idashaka gufasha mu ntambara ya Amerika muri Afghnistan yo kurwanya abarwanyi b’abatalibani igihugu cye cyari cyarashyigikiye mbere, nubwo […]

Rubavu: Umujura yarashwe mu cyico

Umwe mu bapolisi bakorera mu karere ka Rubavu yarasiye mu mudugudu wa Nyaburanga, akagari ka Nengo mu murenge wa Gisenyi umujura wari wibye telefone. Umusore w’imyaka 23 y’amavuko witwa Byiringiro Dany yatangaje ko abajura babiri bamuteze atashye kuri uyu wa 4 Gashyantare mu masaha y’ikigoroba, bamwambura telefone yari afite ya Tecno Spark 8, umwe arayirukankana. […]

Abanya-Ukraine 1.762 bari barafashwe n’u Burusiya bamaze kurekurwa

Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Volodymyr Zelenskyy yavuze ko Abanya-Ukraine 1.762 bari barafashwe n’u Burusiya kuva intambara yatangira barekuwe . Zelenskyy mu butumwa bwa videwo kuri Telegram yavuze ko abandi basirikare 116 bo muri Ukraine barekuwe mu cyiciro gishya cyo guhana imfungwa hagati y’u Burusiya na Ukraine. Avuga ku mishyikirano yari imaze amezi, Zelenskiy yagize […]

Ingabo za USA zarashe igipurizo cyari cyarazibujije amahwemo, birakaza u Bushinwa

Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyifashishije indege y’intambara ya F-22 gihanura igipurizo kinini (balloon) cyari kimaze hafi icyumweru kizenguruka mu kirere cy’igihugu, nyuma y’impungenge z’uko cyari mu gikorwa cy’ubutasi. Iki gipurizo cyinjiye muri USA mu ntangiriro z’iki cyumweru. Ubutegetsi bw’iki gihugu bwemeje ko ari icy’u Bushinwa kandi ko cyari mu butasi. Icyo gihe, […]

Ingabo z’u Burundi zungutse abakomando bashya

Aba bakomando bagaragaje ubumenyi bakuye muri iyi myitozo burimo ubusaba imbaraga z’umubiri

Igisirikare cy’u Burundi, FDNB, cyatangaje ko cyungutse abakomando bashya 230 kuri uyu wa 4 Gashyantare 2023. Aba bakomando bagaragaje ubumenyi bakuye mu myitozo y’amezi atatu, by’umwihariko ubw’ibikorwa byihariye bya gisirikare, banahabwa impamyabushobozi. Umuhango wo gusoza amasomo wabereye mu kigo cya gisirikare cya Gitega kuri uyu wa 4 nk’uko FDNB yabyemeje iti: “Abakomando bashya 230 b’icyiciro […]

Uko Gen. Albert Murasira yavuye muri Ex FAR mbere yo kwisanga muri RDF

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira yavuye mu ngabo zari iza Ex FAR mbere yo kwinjira muri RPA yaje guhinduka RDF. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka […]

Gen. James Kabarebe yahishuye uko yigeze kurwana n’intare kugeza ayinesheje

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko mu 1982 we na bagenzi be bigeze guhangana n’intare ijoro ryose kugeza bayinesheje. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka yaranze u Rwanda ndetse n’uruhare rufite mu guharanira kubaka ahazaza […]

Kenya: Umupolisi washinjwaga kwica impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu yakatiwe igihano cy’urupfu

Kuri uyu wa Gatanu, uwahoze ari umupolisi wa Kenya yakatiwe urwo gupfa azira kwica umunyamategeko w’uburenganzira bwa muntu Willie Kimani n’abandi bantu babiri . Abandi bapolisi babiri n’umusivili wahaga amakuru igipolisi na bo bahamwe n’icyaha cyo kwica Kimani, umukiriya we, n’umushoferi wa tagisi. Fredrick Leliman yakatiwe urwo gupfa, mu gihe abandi batatu bakatiwe igifungo kiri […]

Les attachés militaires accrédités au Rwanda sont informés des opérations des RDF

focqutkwyaiw2yz-2.jpg

Les attachĂ©s militaires accrĂ©ditĂ©s au Rwanda ont tenu hier un briefing sur la sĂ©curitĂ© au quartier gĂ©nĂ©ral des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), Ă  Kimihurura. Ils ont Ă©tĂ© informĂ©s de la situation sĂ©curitaire intĂ©rieure et extĂ©rieure du Rwanda, des mises Ă  jour sur les engagements bilatĂ©raux des RDF au Mozambique et en RĂ©publique Centrafricaine et […]

Ba Attachés militaire bakorera mu Rwanda bagejejweho amakuru mashya ku bikorwa bya RDF

focqutpxgaawz9o.jpg

Kuri uyu wa Kane, ba AttachĂ©s militaire bakorera za ambasade z’ibihugu byabo mu Rwanda bitabiriye ikiganiro cy’umutekano ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda, Kimihurura . Basobanuriwe uko umutekano w’imbere mu gihugu no hanze yacyo wifashe, amakuru agezweho ku bikorwa bihuriweho bya RDF muri Mozambike no muri Repubulika ya Centrafrica n’uruhare rwa RDF mu bikorwa byo […]

Amerika yahamagaje Ambasaderi wa Sudani kubera irekurwa ry’uwishe umudipolomate w’Umunyamerika

Amerika yahamagaje Ambasaderi wa Sudani mu rwego rwo kwamagana irekurwa rya Abdel-Ra’uf Abuzaid umurwanyi wa kisilamu wishe abakozi ba USAID muri Mutarama 2008 . Urukiko rw’Ikirenga i Khartoum rwategetse irekurwa ry’Abanyasudani bishe umudipolomate w’Umunyamerika, John Granville, n’umukozi w’Umunyasudani, Abdel Rahman Abbas. Irekurwa rye ku ya 30 Mutarama ryabaye nyuma y’ibaruwa yandikiye umuyobozi w’inama y’ikirenga n’umucamanza […]

Imbwa yaciye agahigo ko kubaho imyaka myinshi kurusha izindi

Imbwa yitwa Bobi ifite imyaka 30 n’iminsi 226 yo mu gihugu cya Portugal, guhera tariki ya 1 Gashyantare 2023 yaciye agahigo ko kuba ariyo ikuze kurusha izindi ku Isi. Imbwa yari ifite agahigo ko kuba ikuze kusha izindi n’imbwa yitwa Bluey yo muri Australia yapfuye mu 1939 ifite imyaka 29 n’amezi atanu. Nk’uko Guinness World […]

Ibihe bitazibagirana mu mateka ya ruhago y’u Rwanda

c2e469d6e5df59cd358ad3f8f4c574.jpg

Uhereye mu murenge wa Bugarama ho mu karere ka Rusizi ukagera mu mu murenge wa Matimba mu karere ka Nyagatare n’i mahanga, Umunyarwanda aho ava akagera ntazibagirwa ibyishimo yatewe n’impumeko ya ruhago umunsi umwe. Kuva mu mwaka 1869 Shefu Nshozamihigo mwene Kigeli IV Rwabugiri akojeje bwa mbere ikirenge ku mupira, ni mu gihe Abadage b’Abamisiyoneri […]

Uko byagenze ngo Umwami w’Abami wa Roma asukwe umushongi wa zahabu mu kanwa

screenshot_20230202-182459_1.jpg

Licinius Valeriean, Umwami w’Abami wa Roma, ni we mwami wishwe nabi mu mateka y’Isi nyuma y’uko afatiwe ku rugamba n’Abaperisi bakamusuka umushongi wa zahabu mu kanwa. Mu kinyejana cya gatatu nyuma y’ivuka rya Yezu, ubwo Ubwami bwa Roma bwari mu bushorishori bw’ubuhangange bwabwo, bwagambiriye kwigarurira ibice byose bari bazi. Icyo gihe byabasunikiye mu ntambara n’Ubwami […]

Zambia: Hemejwe itegeko ribuza kwambara ecouteurs cyangwa kwitaba terefone mu gihe cyo kwambuka umuhanda

Zambia yemeje itegeko ribuza abanyamaguru gukoresha ecouteurs (Headphones) no kuvugira kuri terefone igihe bambuka umuhanda . Iri tegeko ryashyizweho umukono na minisitiri w’ubwikorezi n’ibikoresho, Frank Tayali, rivuga ko abazarenga ku itegeko bazahanishwa ihazabu itarenga Ama-Kwachas 300 ya Zambiya ($ 15.71) nibahamwa n’icyaha. Mu magambo ye kuri uyu w Kane i Lusaka mu itangazo yashyize ahagaragara, […]

Nyarugenge: Umwana w’imyaka 13 yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya Frw 1,000,000

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, rwakatiye igifungo cy’imyaka ibiri isubitse umwana w’imyaka 13 y’amavuko, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Urukiko kandi rwanamuciye ihazabu ingana na Frw miliyoni imwe. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo uriya mwana w’umuhungu witwa Nzamwita Ramadhan yatangiye kuburanishwa n’Urukiko, ku cyaha […]

Somalia: Bane barimo umusirikare, abapolisi n’umukozi w’ubutasi barasiwe ku karubanda

Kuri uyu wa Kane, abayobozi bane bo muri Somalia, barimo abo mu gisirikare, abapolisi ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutasi n’umutekano (NISA) bishwe barasiwe ku karubanda mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igihano cy’urupfu mu murwa mukuru Mogadishu . “Uyu munsi, ku itariki ya 02 Gashyantare 2023, urukiko rwa gisirikare rwishe Bukhari Awil Mohamud wo mu […]

Dore ibintu ukwiye gukora mbere yo koga amazi akonje

Koga umubiri biri mu bintu bituma umuntu agira ubuzima bwiza, gusa Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bwa muntu zigira inama abantu bakunda koga amazi akonje bagahita bayitera ku mubiri wose. Uyu munsi Bwiza twifujuje kugusangiza ibintu ukwiye kwitaho mbere gato y’uko witera amazi akonje ku mubiri wawe mu gihe uri muri dushe uguye koga. Mu gihe […]

Uhuru Kenyatta yambuwe abamurindaga 71

Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yambuwe abashinzwe umutekano (abasirikare n’abapolisi) bamurindaga bagera kuri 71, asigarana 25. Ikinyamakuru Nation cyatangaje ko abofisiye bakuru bayoboraga itsinda ririnda Uhuru basimbuwe n’abafite amapeti make. Uwagihaye amakuru yagize ati: “Mu bofisiye kabuhariwe 96 bamurindaga, yasigaranye 25, umufasha we afite 5.” Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Kenya, Japhet Koome, yemeje […]

Igipurizo cyabujije amahwemo ingabo za USA, zicyoherereza indege y’intambara

Igipurizo (balloon) kinini kimaze iminsi kibujije amahwemo ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zikorera muri Leta ya Montana, ndetse byatumye zicyoherereza indege y’intambara yo kugikurikirana. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, bisobanura ko abofisiye bakuru mu ngabo za USA ubwo babonaga iki gipurizo kizenguruka mu gihugu cyabo, batazi aho giturutse, bahise babaza Perezida Joe Biden niba […]

Gasabo: Ubwanikiro bw’ibigori bwishe abagera ku 10

Ubwanikiro bw’ibigori buherere mu kagari ka Gasagara, umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo bwishe abantu bagera ku 10, bashobora no kurenga. Amakuru BWIZA yakiriye avuga ko ubwo igisenge cy’ubu bwanikiro cyari kimaze kugwira abantu bari baburimo, hari ababuze uko bavamo, abaturage, abayobozi n’abo mu nzego z’umutekano bajya gutabara. Imbangukiragutabara (ambulances) na zo yahageze kugira […]

Mason Greenwood yagizwe umwere ku byaha yari amaze umwaka akurikiranweho

licensed-image-2.jpg

Polisi yo mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza yagize umwere Mason Greenwood ku byaha yashinjwaga birimo gufata ku ngufu, gukubita no gutoteza uwahoze ari umukunzi we. Muri Mutarama 2022 ni bwo Polisi y’u Bwongereza ikorera mu mugi wa Manchester yatangaje ko yataye muri yombi Greenwood imushinja ihohotera rishingiye ku gitsina ririmo gufata ku ngufu, gutoteza, […]

Hafashwe ibihumbi n’ibihumbi by’intwaro zari zishyiriwe inyeshyamba

Ingabo zirwanira mu mazi z’u Bufaransa ziherutse gufata ibihumbi n’ibihumbi by’imbunda na misile zisenya ibifaru zari zivuye muri Iran zerekeza muri Yemen, nk’uko abayobozi babitangarije ikinyamakuru Wall Street Journal ndetse n’Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press . Mu gihe Iran itahise yemera ifatwa ry’izo ntwaro, amashusho y’intwaro bivugwa ko zari zigenewe inyeshyamba z’Aba-Houthi yashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi […]

Ba Colonel babiri ba FARDC biyunze kuri M23

Ba Colonel babiri mu ngabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, biyunze n’umutwe witwaje intwaro wa M23 umaze umwaka urenga wubuye imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aba basirikare ni Colonel Bahati Gahizi na Lieutenant Colonel Frank Kavujobwa. Amakuru yaturutse muri RDC kuri uyu wa 2 Gashyantare 2023 avuga ko biyunze na M23 baturutse […]

Ukraine iravuga ko u Burusiya buri gutegura igitero simusiga ku itariki yatangirijeho igitero cya mbere

Minisitiri w’Ingabo wa Ukraine yavuze ko u Burusiya burimo gutegura igitero gikomeye, anaburira ko gishobora gutangira vuba ku ya 24 Gashyantare . Oleksii Reznikov yavuze ko Moscou yakusanyije ibihumbi n’ibihumbi by’abasirikre kandi ko ishobora “kugerageza ikintu” cyo kwizihiza isabukuru y’igitero cya mbere umwaka ushize. Iki gitero kandi ngo gishobora guhurirana n’Umunsi w’Umurinzi w igihugu cy’u […]

Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?

Abenshi mu bashakanye bumva ko ikosa ryo gucana inyuma ari rimwe mu yakomeye cyane, ashobora gutuma ako kanya umwe muri bo atekereza kujya gusaba gatanya. Mbese, kwa kundi ufatira mu cyuho umugore cyangwa umugabo wawe asambana n’undi. Uretse no gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana, hari ugendera ku mabwire, ya magambo y’abantu asenya ingo nyinshi, […]

Une Rwandaise nommée Coordonnatrice des Nations Unies au Libéria

Christine Umutoni a Ă©tĂ© nommĂ©e Coordonnatrice rĂ©sidente des Nations Unies au LibĂ©ria le 1er fĂ©vrier, avec prise de fonction immĂ©diate . Elle a acquis une riche et vaste expĂ©rience des fonctions onusiennes et diplomatiques Ă  diffĂ©rents titres au cours des derniĂšres annĂ©es et a rĂ©cemment occupĂ© le poste de coordonnatrice rĂ©sidente des Nations unies Ă  […]

Uteganya guhatana mu matora ya perezida arizeza Abanya-Ghana kubazanira ubuyobozi nk’ubwa Kagame

Depite Kennedy Agyapong uhagarariye Assin yo Hagati mu Nteko Ishinga Amategeko ya Ghana, yahishuye umuyobozi yemera kurusha abandi ku mugabane wa Afurika, aho yemeje atazuyaje ko yemera Perezida Paul Kagame . Ubwo yabazwaga perezida yemera hanze ya Ghana, nta kuzuyaza yagize ati “ u Rwanda”, yongeyeho ko Abanya-Ghana bakwiye kwitega umuyobozi ushyira abanyagihugu kuri discipline […]

Ingabo z’u Rwanda zaguye ibirindiro muri Mozambique

Palma iratekanye kuva ingabo z'u Rwanda zagerayo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado iri mu majyaruguru ya Mozambique, zaguye ibirindiro byazo muri iki gihugu. Ikigo gikora ubushakashatsi ku mutekano, ISS (Institute for Security Studies) gisobanura ko ubwa mbere mu mwaka w’2021 u Rwanda rwohereje abasirikare n’abapolisi bose hamwe 1000, ariko mu mpera y’2022 […]

Somalia, Kenya, Ethiopia, na Djibouti byiyemeje ubufatanye mu kurwanya Al Shabaab

Abayobozi ba Somalia, Kenya, Ethiopia, na Djibouti biyemeje gutangiza “urugamba ruhuriweho” rwo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga . Kuri uyu wa Gatatu, itriki 01 Gashyantare 2023, Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud, yakiriye Perezida wa Kenya, William Ruto, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, na Perezida wa Djibouti, […]

Kylian Mbappé yagiriye ibihe bibi mu mukino wa PSG na Montpellier

Kylian MbappĂ© ntiyahiriwe na gato n’umukino ikipe ye ya Paris Saint-Germain yari yasuyemo Montpellier kuri Stade de la Mission. Hari mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Bufaransa ‘League 1’, ubwo MbappĂ© yabonaga amahirwe yo gufungura amazamu kuri penaliti ku munota wa 9, ariko umuzamu Benjamin Lecomte ayikuramo n’igipfunsi. […]

Turabizi ko itorwa rya Tshisekedi ryari ikinyoma – Karidinali Fridolin Ambongo

Arkiyepiskopi wa Kinshasa, Fridolin Ambongo, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu rwego rw’uruzinduko rwa Papa Fransisko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), yongeye gushimangira aho Kiliziya Gatolika ihagaze ku byavuye mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2018, byemeje ko umukuru w’igihugu uriho, FĂ©lix Tshisekedi, yatsinze . Nta guca ku ruhande, Karidinali Ambongo yemeje ko itorwa rya […]

Ubushinjacyaha bwagaragaje ‘ishingiro’ ryo gusabira umwana gufungwa imyaka 10

Urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha rwagaragaje ishingiro ryabwo ryo gusabira igifungo cy’imyaka 10 umwana witwa Nzamwita Ramadhan, rushinja icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Nzamwita yagejejwe mu rukiko rwisumbuye tariki ya 31 Mutarama 2023, nyuma y’amakuru yashyizwe hanze n’umunyamakuru Jean Paul Nkundineza wari umaze iminsi afungiwe muri kasho ya Polisi ya Rwezamenyo muri Nyarugenge, akurikiranweho gutwara imodoka yasinze. Nkundineza […]

Minisitiri w’ibikorwaremezo yavuze impamvu ibiciro bivuguruye by’amashanyarazi bitaratangazwa

Minisitiri w’Ibikorwaremezo yavuze ko Guverinoma ikomeje gusuzuma ibiciro by’amashanyarazi hagamijwe kubigabanya bitewe n’ibyifuzo by’abafatabuguzi, no kugabanya ibiciro by’umusaruro . Ernest Nsabimana yatangarije ikinyamakuru The New Times ati: “Tugiye kurangiza isuzuma, kandi turareba ibyiciro byose bihangayikishijwe n’amashanyarazi”, aha yavuze nk’inganda, ibigo nderabuzima, amashuri ndetse n’abaturage. Icyakora, ntabwo yavuze itariki nyayo igihe ibiciro bishya bizatangrizwa, yerekana ko […]

Burundi: Nta muyobozi wa komini ucyemerewe kuyisohokamo uko yishakiye

Minisitiri ushinzwe umutekano, ubutegetsi n’iterambere mu Burundi, Martin Ninteretse, yategetse abayobozi b’abakomini (ba Musitanteri) kutongera gusohokamo batabanje kubisabira uruhushya umuyobozi w’intara. Ni icyemezo yafashe tariki ya 31 Mutarama 2023 nyuma y’inzinduko amaze iminsi akora mu bice bitandukanye by’igihugu, nk’uko ikinyamakuru Nyaburunga Post cyabitangaje. Ikigamijwe ngo ni ukugira ngo bajye bamara umwanya uhagije mu kazi kabo, […]

Imiti mu bitaro byo muri Uganda ikomeje kuba ingume

Ikibazo cy’imiti idahagije mu bitaro byo muri Uganda cyongeye gutuma Abagande barembera mu ngo, binahagurutsa inzego zose. Ubucukumbuzi bwakozwe n’ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda bwerekanye ko ibigo nderabuzima bya Leta hirya no hino mu gihugu, cyane ibihereye mu byaro, ububiko bw’imiti burimo ubusa. Ibyo biri gusunikira abarwanyi kujya kugura imiti mu mavuriro yigenga gusa […]

Abakinnyi bamaze guhamagarwa inshuro nyinshi mu Mavubi

Muri rusange ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashinzwe mu w’1972 nyuma y’imyaka 10 u Rwanda rubonye ubwigenge, maze riza kwemezwa nk’umunyamuryango w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi ‘FIFA’, ndetse n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’aamaguru muri Afurika ‘CAF’ mu w’1976. Umukino wa mbere uzwi n’aya mashyirahamwe wabereye muri Gabo, u Rwanda rwawukinnye tariki ya 29 Kamena 1976 aho […]

Nyarugenge: Ubushinjacyaha bwasabiye umwana w’imyaka 13 gufungwa imyaka 10

Ubushinjacyaha ku wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023, bwasabiye igifungo cy’imyaka 10 Nzamwita Ramadhan w’imyaka 13 y’amavuko bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo Nzamwita yatawe muri yombi ubwo inzego z’umutekano zafatiraga iwabo mu rugo (mu cyumba cya se) udupfunyika turenga 50 tw’urumogi, mbere yo kujya gufungirwa kuri Sitasiyo ya […]

Umugore yakubise imitwe y’abana be ku rutare, yitwaje Bibiliya

Umugore wo muri Zimbabwe, Mary Rukobo, yatawe muri yombi n’abapolisi, azira gukubita imitwe y’abana be (harimo ufite amezi abiri n’uw’imyaka ibiri) ku rutare nyuma yo kumva nabi umurongo wa Bibiliya. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Mashangana, aho uyu mubyeyi yasomye umurongo wa Bibiliya akawusobanukirwa nabi, bikaza gutuma yiyangiriza abana be. Abatanze amakuru bavuze ko uyu […]

Urugo rwa Dr Kamanzi rwasatswe, akekwaho gucumbikira abarwanyi ba M23

Dr Kamanzi Runigi Emmanuel uyobora ishyirahamwe ry’aborozi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo rizwi nka ACOGENOKI yatangaje ko urugo rwe ruherereye mu mujyi wa Goma rwasatswe n’abasirikare bo mu rwego rushinzwe iperereza, bakekaga ko yaba acumbikiye abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Ni amakuru yatangaje anyomoza ayakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga […]

Umukobwa yemerewe gukoresha impano ya Frw miliyoni 909 yari yarahawe agafatirwa

Umukobwa ukiri muto wo muri Kenya witwa Tebby Wambuku Kago yahawe uburenganzira bwo gukoresha impano y’amadolari angana n’amafaranga y’u Rwanda (Frw) miliyoni 909.9 yahawe n’umushoramari mu by’ifaranga ry’ikoranabuhanga w’Umubiligi, ikamara imyaka ibiri ifatiriwe. Wambuku yasobanuye muri Mata 2021 yahawe aya mafaranga n’uyu mushoramari witwa Marc De Mesel wabaye muri Kenya mu 2017, nk’impano kuko ngo […]

Gen. Kabarebe, Gen. Kazura na Maj. Gen. Murasira bahaye umugisha umukino wa nyuma w’ingabo

Aba ni abasifuzi bayoboye uyu mukino na ba kapiteni b'amakipe yombi

Abarimo General James Kabarebe, Jean Bosco Kazura na Minisitiri w’ingabo, Albert Murasira, bahaye umugisha umukino wa nyuma w’umupira w’amaguru w’ingabo z’u Rwanda. Uyu mukino wabereye ku kibuga cy’umupira w’amaguru cy’akarere ka Bugesera kuri uyu wa 31 Mutarama 2023, uhuza abasirikare bo mu mutwe urinda abayobozi bakuru b’igihugu, RG (Republican Guard) n’izo mu mutwe ushinzwe ibikorwa […]

RURA yagabanyije ibiciro by’ibikomoka muri Peteroli

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwagabanyije ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli ugereranyijwe n’ibyari bisanzweho kuva mu mezi abiri ashize. Itangazo rikubiyemo ibiciro bishya byatangiye kubahirizwa kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Gashyantare 2023, RURA yavuze ko igiciro gishya cya lisansi kitagomba kurenga Frw 1,544 kuri litiro, mu gihe icya mazutu kitagomba kurenga Frw 1,562 kuri litiro imwe. […]

Intambara ishobora kuvuka hagati ya Harmonize na Rayvanny kubera umukobwa w’uburanga

Icyamamare muri muzika, Raymond Shaban Mwakyusa uzwi nka Rayvanny, aravugwaho kwigarurira umutima w’umuhanzikazi Feza Kessy uri mu rukundo na Rajab Abdul Kahali wamampaye nka Harmonize, bombi bo muri Tanzania. Ibi bibaye ubugira kabiri, kubera ko mu minsi yashize Rayvanny yatesheje Harmonize washakaga gukundana na Paula Kajala. Mu minsi ishize hari amakuru yavugaga ko uyu muhanzikazi […]

Umunyamerika wambitswe imidali ibiri na Perezida Kagame aherutse gupfa

Umunyamerika wari usanzwe ari umwanditsi akaba n’umugiraneza, Roger Winter wambitswe imidali ibiri y’ishimwe na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, aherutse gupfa. Inkuru y’urupfu rwa Winter yemejwe n’abarimo Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo wabaye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, agira ati: “Ruhukira mu mahoro Roger Winter, umugabo w’ubumuntu bwinshi! Nahuye nawe mbere muri za 90 hanze ya kaminuza […]

Bazivamo nommé envoyé alors que Gasinzigwa prend la présidence de la commission électorale

Un conseil des ministres, lundi 30 janvier, a dĂ©signĂ© Christophe Bazivamo comme nouveau haut-commissaire rwandais au Nigeria, en remplacement de Stanislas Kamanzi qui tenait le rĂŽle depuis 2015 . Bazivamo, qui est Ă©galement vice-prĂ©sident du parti au pouvoir, le Front patriotique rwandais (FPR-Inkotanyi), a rĂ©cemment terminĂ© son mandat de secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint de la CommunautĂ© […]

Papa Francis yamaze kugera muri Repubulika ya Demokarsi ya Congo – Amafoto

fnzpef-acacx47x.jpg

Indege yari itwaye Papa Francis ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Mutarama 2023, yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya N’djili i Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho atangirira urugendo rwe mu karere azakomereza muri Sudani y’Epfo . Benshi mu bantu bakomeye bo mu gihugu, ariko kandi cyane cyane abayobozi ba […]

Perezida wa Croatia aremeza ko Crimea itazigera yongera kuba iya Ukraine

Kuri uyu wa Kabiri, minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ukraine yanenze Perezida wa Croatia, Zoran Milanovic, wavuze ko Crimea itazigera yongera kuba iya Ukraine, ivuga ko igitekerezo cye ‘kitemewe .’ U Burusiya bwigaruriye umwigimbakirwa wa Crimea mu 2014. Mu ijambo rye, kuri uyu wa Mbere ushize, asobanura impamvu Zagreb (Umurwa mukuru wa Croatia) yanze guha inkunga […]

U Burusiya buremeza ko hari intwaro USA yavanye muri Ukraine, izimurira ahandi

Umuyobozi w’ishami ry’ingabo z’u Burusiya rishinzwe gukumira ibitero by’intwaro zangiza ibinyabuzima n’iz’ingufu zikomoka ku mirasire y’izuba, Igor Kirillov, yatangaje ko afite amakuru y’uko Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ziri kuvana ubwoko bw’izi ntwaro muri Ukraine, zikoherezwa mu bindi bihugu birimo Poland. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abarusiya, TASS, bibivuga, kuri uyu wa 30 Mutarama Kirillov yatangaje […]

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yahishuye umukinnyi wa APR FC wigeze kumubiza icyuha

Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports, Joackiam Ojera, yatangaje ko yigeze kugorwa cyane na myugariro Omborenga Fitina wa APR FC yifuza kongera guhura na we. Mu ijoro ryakeye ni bwo uyu rutahizamu Rayon Sports iheruka gutizwa na URA FC yo muri Uganda yaraye ageze i Kigali. Uyu musore usanzwe anakinira ikipe y’Igihugu ya Uganda ‘The […]

Afurika y’Epfo: Umucamanza waburanishaga urubanza ruregwamo Jacob Zuma yikuye mu rubanza

Umucamanza mu rubanza rwa ruswa rw’uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yatangaje kuri uyu wa Mbere ko yikuye muri uru rubanza, ibishobora gutuma rwongera gusubirwamo kuva mu ntangiriro . Umucamanza Piet Koen wo mu rukiko rwa Pietermaritzburg (mu majyepfo y’uburasirazuba) mu rubanza rwanyuraga kuri televiziyo yagize ati: “Naje gufata umwanzuro w’uko ngomba kwikura […]

Operasiyo za gisirikare zihambaye zabayeho mu mateka y’isi

screenshot_20230130-194731_1.jpg

Kuva kera hagiye habaho ibikorwa byihariye bya gisirikare (special military operations), ku buryo byakozwe mu buhanga bwatangaje benshi, byaje no gutuma ibyo bikorwa byigishwa mu mashuri ya gisirikare ku isi yose kandi bikinwamo na filime zinyuranye. Bisanzwe bizwi imihanda y’isi yose ko inzego za gisirikare ari zimwe mu nzego zitinyitse kandi abazirimo bagira n’imyitwarire itandukanye […]