
Umugabo utarashatse ko amazina ye ajya hanze yagishije inama y’icyo yakora nyuma y’uko iyo atera akabariro yumva umugore we aryohewe maze agasubira mu izina ry’umusore baturanye.
Yagize ati" Nshuti bavandimwe ndabasuhuje mbifuriza amahoro ya Nyagasani.Nifuje rero kibagisha inama y’icyo nakora nyuma y’uko iyo ndikugirana amabanga y’urugo n’umugore wanjye akaryoherwa usanga ari gutaka ariko akavuga mu izina ry’umusore duturanye!
Ubusanzwe nkishaka umugore wanjye nasanze ari isugi ku buryo no gukora imibonano byabanje kumugora bikamubihira.Gusa nyuma yaho abyariye yatangiye kuryoherwa ndetse atangira kugaya imbaraga zanjye.
Yaje kubyara bwa kabiri noneho asigara akunda imibonano cyane kuburyo ntajyaga nsinzira nibura tutabikoze inshuro zirenze imwe kandi mvuye no kukazi.
Yaje gukomeza kuryoherwa, ariko akabinyereka ariko nyuma y’amezi atandatu yaje kutongera gutaka (kuvuza akaruru k’ibyishimo) ariko akajya yitsa umutima gusa.
Icyaje kunyobera rero arinayo mpamvu ndikugisha inama n’uko mu minsi ishize yongeye kubura kujya ataka ariko akajya ahamagara izina ry’umusore duturanye.
1 Ibitekerezo
Sophie Kuwa 12/09/23
Uwo mugabo abigiremo ubunshinshozi
Subiza ⇾Tanga igitekerezo