Ku bashakanye ni byiza ko bamenyana bakamenyana byagera ku mabanga y’abashakanye bikaba akarusho kugirango uburyohe bw’urukundo bukomeze kuganza.Mu buryo bwo kunoza amabanga y’urugo hari igihe umugabo aba afite umugore ubyibushye ariko ugasanga ntashoboye kumutera akabariro bitewe n’uko atazi uburyo yakoresha.
Dore ubwo buryo wakoresha kugirango uryohereze umuntu ubyibushye mu gihe cyo gutera akabariro:
1.Kumuhagarika
Nibyiza rero ko umuntu ubyibushye mu gihe muri gutera akabariro umuhagarika ku buriri mu buryo bumworohereza gutandukanya amaguru, bityo igitsina kikinjiramo neza.
2.Guterura ukuguru kumwe ukakuzamura(Side Wind)
Ubu ni uburyo umugabo uteruye akaguru ke kamwe, akandi kari ku buriri, ibi bizatuma ubasha kumujyamo wese, ndetse nawe azarushaho kuryoherwa.
3.Guturuka inyuma
Ubu ni uburyo uryamisha umugore ku gitanda areba imbere hanyuma ukamuhera inyuma, ibi bizafasha umugongo w’umugore kuruhuka neza kandi igitsina kibone uko cyinjira mu cye.
4.Kumwicaza
Ubu ni uburyo umugabo yicara agahuza ibirenge umugore akabyicaraho,hanyuma umugabo akarenza ukuboko akamufata mu mugongo hanyuma akinjiza igitsina mu cye.Gusa ubu buryo bukoreshwa ahanini iyo ashaka kumunyaza.
Tanga igitekerezo