Gen Brice Nguema yarahiriye kuyobora Gabon, aha abaturage isezerano

General Brice Oligui Nguema uheruka guhirika ubutegetsi bw’uwari Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba, yarahiriye kuyobora kiriya gihugu mu nzibacyuho. Kuri uyu wa Mbere ni bwo uyu musirikare wahoze akuriye umutwe w’abasirikare barindaga Bongo yarahiriye imbere y’abacamanza b’urukiko rushinzwe kurinda itegekonshinga. Ni umuhango witabiriwe n’abanyapolitiki batandukanye muri Gabon. Uriya Jenerali w’inyenyeri ebyiri nyuma yo kurahira […]

Murumuna wa Celine Dion yongeye kuvuga uko ubuzima bwa mukuru we bumeze

celine-2.jpg

Murumuna w’umuhanzikazi Celine Dion ‘yasangije abakunzi be amakuru ajyanye n’ubuzima bw’uyu muririmbyi amaranye igihe kugeza ubwo asubitse ibitaramo yateganyaga. Ni nyuma y’uko hashize igihe bamusanganye uburwayi bw’imitsi, yitwa stiff person syndrome yibasira umuntu umwe muri miliyoni, byatumye asubika asubika ibitaramo yateganyaga gukora muri 2024. Gusa Claudette yavuze ko abaganga barimo gukora ibishoboka byose kugirango mukuru […]

Abahanzi nyarwanda 5 bigeze kugerwaho mu ndirimbo zihimbaza Imana bakaza kuzima

capturebb.png

Mu ruganda rwa muzika by’umwihariko mu muziki waririmbiwe Imana hari abahanzi bigeze kugerwaho ariko nyuma baza kuburirwa irengero ku buryo utatinya kuvuga ko abakunzi babo bajya babakumbura bakababura. 1.Papa Emile Emile Nzeyimana ni umwe mu bahanzi bigeze kugerwaho mu myaka ya za 2011 nyuma yo kuririmba indirimbo zakunzwe nka ‘Mbayeho’.n’izindi zitandukanye.Uyu mugabo yagiye atumirwa mu […]

Kinshasa: Urugo rwa Joseph Kabila rwagoswe n’abarinda Tshisekedi

Urugo rwa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwagoswe n’abasirikare, ku mabwiriza ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Urugo rwa Kabila rwagoswe n’abarinda Tshisekedi ni uruherereye muri Komine Gombe i Kinshasa. Mbere y’uko abasirikare n’abapolisi bo mu mutwe urinda Perezida barwoherezwamo, Perezida Tshisekedi abinyujije mu muyobozi w’abasirikare bashinzwe kumurinda yari yabanje […]

Abasirikare bakomeye muri FARDC batawe muri yombi ku itegeko rya Tshisekedi

Abasirikare babiri bakomeye bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batawe muri yombi ku itegeko rya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Abatawe muri yombi harimo Colonel Mike Mikombe uyobira Brigade y’Ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu cya Congo Kinshasa, cyo kimwe na Colonel Donatien Bawili uyobora Régiment ya 19 y’Ingabo zikorera i Goma. Aba bombi batawe […]

APR FC yakuye amanota 3 mu Gisaka, Bugesera FC iha umubatizo Kiyovu Sports

Ikipe ya APR FC yongeye kubona amanota atatu muri shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Etoile de l’Est igitego 1-0. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Etoile de l’Est, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Ngoma. Ni umukino muri rusange iyi kipe y’umutoza Thierry Froger yaremyemo uburyo bwinshi bw’ibitego, gusa […]

Tshisekedi yariye karungu nyuma y’ubwicanyi bwa FARDC na FDLR i Goma

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje uburakari bukomeye nyuma y’ubwicanyi bukomeye buheruka gukorerwa mu mujyi wa Goma. Ni ubwicanyi bwabaye ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama, ubwo abasirikare ba Congo Kinshasa biraraga mu baturage bigaragambyaga bakicamo ababarirwa mu ijana. Ubu bwicanyi kandi bunavugwamo abarwanyi b’umutwe wa FDLR umaze […]

Rubavu: Gitifu w’Umurenge afunzwe azira urupfu rw’umushumba

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubavu, Harerimana Blaise, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranweho ibyaha birimo kutamenyekanisha icyaha cy’ubugome cyangwa igikomeye. Gitifu Harerimana yatawe muri yombi ku wa Gatanu tariki ya 01 Nzeri 2023, akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Gisenyi mu gihe dosiye ye igitunganywa kugira ngo ishyikirizwe ubushinjacyaha. Umuvugizi wa RIB, […]

Nyamasheke: Umunyeshuri wa kaminuza yarohamye mu Kivu

Mugisha Ngabo Aimé wari umunyeshuri muri Kaminuza ya Kibogora Polytechnic iherereye mu karere ka Nyamasheke, yarohamye mu kiyaga cya Kivu arapfa. Uyu musore wari ufite imyaka 20 y’amavuko akomoka mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze. Yigaga ubuvuzi muri iriya Kaminuza. Ku wa Kane tariki ya 31 Nyakanga ni bwo yarohamye mu kiyaga cya Kivu, […]

Miss Iradukunda Liliane yasigiwe igifunguzo mu bukwe bwa Prince Kid na Elsa

whatsapp-image-2023-09-01-at-80835-pm-4-9536361693613396.jpg

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu Taliki 1 Nzeri 2023 , nibwo habaye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana no kwiyakira mu bukwe bwa Ishimwe Dieudonne na Miss Iradukunda Elsa . Ni ibirori byabereye mu Intare Conference Arena mu murenge wa Rusororo.Mu bitabitiye ibyo birori harimo ba Nyampinga babiri aribo Miss 2018 Iradukunda Liliane na […]

P. Kagame yanenze imyitwarire ya Amerika n’u Bufaransa mu bibazo bya Niger na Gabon

Perezida Paul Kagame yanenze ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe n’u Bufaransa, kubera uko biri kwitwara mu bibazo byugarije ibihugu bya Niger na Gabon. Ibi bihugu bombi biheruka kubamo Coup d’état za gisirikare zashyize iherezo ku butegetsi bw’abari ba Perezida babyo. Nko muri Niger ku wa 26 Nyakanga uwari Perezida w’iki gihugu yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare […]

Diamond yacyuriye abagore babyaranye nawe yifashishije Micheal Jackson

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza ko atishimiye uburyo abagore babyaranye nawe bibagishije. Ni nyuma y’uko uyu muhanzi ashyize ku mbuga ze agace gato ka Videwo ya nyakwigendera Micheal Jackson akaza gukurikzaho amagambo avuga ko hari abagore bibagisha maze bakitwara nkaho imibiri yabo ari karemano Yavuze Ibi […]

Greenwood wagizwe igicibwa na Manchester United yabonye ikipe nshya

Umwongereza Mason Greenwood wagizwe igicibwa na Manchester United yakuriyemo, ari mu bakinnyi baraye babonye amakipe mashya mbere y’uko isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi rifunga imiryango i Burayi. Uyu rutahizamu ukiri muto yerekeje muri Getafe FC yo mu gihugu cya Espagne ariko nk’intizanyo ya Manchester United. Nta mafaranga iyi kipe yigeze itanga kuri uyu mukinnyi […]

RDF yasezeye mu cyubahiro ba Jenerali bagiye mu kiruhuko (Amafoto)

20230902_002751_copy_1000x640.jpg

Ubuyobozi bw’Igisirikare cy’u Rwanda bwasezeye mu cyubahiro abasirikare barimo ba Jenerali n’abandi ba Ofisiye bakuru baheruka koherezwa mu kiruhuko cy’izabukuru. Ku wa Gatatu tariki ya 30 bwo Perezida Paul akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yemeje ko abasirikare barimo ba Jenerali 12 na ba Ofisiye bakuru 83 bajya mu kiruhuko cy’izabukuru. Aba barimo Gen James […]

Perezida Kagame yahuye na ba Jenerali baheruka gusezererwa muri RDF

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu yahuye n’abasirikare bo ku rwego rwa ba Jenerali ndetse na ba Ofisiye bakuru baheruka gusezererwa mu ngabo z’u Rwanda. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko yabashimiye ku bw’akazi bakoreye igihugu. Abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru na bo bashimiye Perezida Paul Kagame ku bw’imiyoborere ye, […]

Rayon Sports yikuye mu nzara z’Amagaju yiyushye akuya

Ikipe ya Rayon Sports yongeye gutakaza amanota abiri muri shampiyona, nyuma yo kugwa miswi n’Amagaju igitego 1-1. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yari yakiriye Amagaju y’i Nyamagabe kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino ufungura umunsi wa gatatu wa shampiyona. Ni umukino waranzwe no gusatirana gukomeye hagati y’amakipe yombi. Igice cya mbere cy’umukino cyarangiye […]

Impamvu Amerika yafatiye ibihano Brig Gen Nyamvumba mu mboni za P. Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye Brig Gen Andrew Nyamvumba wo mu ngabo z’u Rwanda biri mu rwego rwo gushimisha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kwezi gushize ni bwo Amerika yafatiye ibihano Brig Gen Nyamvumba n’abandi bantu batanu, ibashinja kwenyegeza amakimbirane mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. […]

Umwana w’Ingagi miss Kalimpinya yise izina amaze iminsi 5 avutse

Queen Kalimpinya ari mu bitabiriye umuhango wo kwita izina abana b’Ingagi, mu birori byabaye kuri uyu wa Gatanu taliki ya 1 Nzeri 2023. Abana b’ingagi bahawe amazina ni abo mu miryango ya Muhoza, Mutobo, Hirwa, Pablo, Ntambara, Dushishoze, Segasira, Isimbi, Musirikare, Kwitonda, Igisha , Sabyinyo na Agashya. Kalimpinya ni Umunyarwanda wa gatatu wari watangajwe ku […]

I Goma: Abacanshuro baravugwa mu bwicanyi bw’abaturage bigaragambyaga

Abacancuro b’abanya-Roumanie boherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baravugwa mu bwicanyi buheruka gukorerwa mu mujyi wa Goma. Ni ubwicanyi bwabaye ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2023. Leta ya Congo Kinshasa yemera ko hari abaturage 43 baguye muri iriya myigaragambyo, na ho ababarirwa muri 56 bayikomerekeramo. Imibare y’abaguye muri iyi myigaragambyo cyakora ntivugwaho […]

Rutahizamu umaze igihe yifuzwa n’Amavubi mu muryango winjira muri Premier league

Rutahizamu Mike Trésor Ndayishimiye, yatangiye gukora ikizamini cy’ubuzima mu kipe ya Burnley yo mu Bwongereza. Mike Trésor Ndayishimiye umaze igihe yifuzwa n’Amavubi y’u Rwanda, akomoka ku babyeyi barimo Umurundi n’Umunyarwanda. Uyu rutahizamu w’imyaka 24 y’amavuko, mu mwaka ushize w’imikino yatowe nk’umukinnyi mwiza waranze shampiyona y’u Bubiligi. Ni nyuma yo gutsindira Genk yakiniraga ibitego umunani ndetse […]

Kuva kuri uyu wa Gatanu ubucuruzi bujyanye no kwidagadura burahindura isura

Mu ntangiro z’ukwezi kwa Kanama uyu mwaka wa 2023, nibwo inama y’Abaminisitiri yanzuye ko kuva taliki ya 1 Nzeri amasaha y’ahokorerwa ibikorwa by’ubucuruzi bujyanye no kwidagadura azahinduka. Aya mabwiriza mashya arebana n’ibikorwa by’imyidagaduro,avuga ko mu minsi isanzwe ahakorerwa ubucuruzi bw’imyidagaduro hazajya hafunga ibikorwa byaho kuva saa saba (01:00) naho mu mpera z’icyumweru (Kuwa Gatandatu no […]

Fille Mutoni uvugwaho kwanduzwa SIDA na MC Kats yanenze Sheila Gashumba

Sheila akomeje kuvugisha benshi

Umuhanzi Fille Mutoni yatangaje wigeze kuvugwaho kwanduzwa HIV/SIDA na MC Kats yanenze Sheila Gashumba nyuma y’uko hasakaye amashusho ye y’urukozasoni yifashe arikumwe n’umukunzi we. Uyu muhanzikazi Fille yeruye ko atazigera asangira amashusho yihariye n’uwahoze ari umukunzi we Edwin Katamba, uzwi kandi ku izina rya MC Kats ashimangira ko bitiyubashye. Yagize ati” Ntabwo nigeze noherereza ibintu […]

Goma: Umubare w’abo RDC yemera ko FARDC yiciye mu myigaragambyo ukomeje gutumbagira

Abantu 43 ni bo Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ivuga ko baguye mu myigaragambyo ikomeye iheruka kubera mu mujyi wa Goma. Ni imyigaragambyo yabaye ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2023. Iyi myigaragambyo yari yateguwe n’abantu batandukanye barimo abo mu miryango y’abihaye Imana irimo uzwi nka ‘La Foi Naturelle Judaà¯que Messianique vers […]

Champions League: Man United yatomboye Bayern Munich, PSG yisanga mu itsinda ry’urupfu

20230831_192301.jpg

Tombola y’uko amakipe azahura mu matsinda ya UEFA Champions league, yasize Manchester United itomboye itsinda ririmo Bayern Munich, na ho PSG yisanga mu tsinda ryafashwe nk’iry’urupfu. Ni tombola yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Kanama 2023. Manchester United yisanze mu tsinda rya mbere ririmo amakipe ya Bayern Munich, FC Copenhagen […]

Kate Bashabe na Platini mu bitabiriye ubukwe bwa Prince Kid na Miss Elsa

e3a61f3e9a0855ea06407cba253976.jpg

Kuri uyu wa Kane taliki 31 Kanama 2023, nibwo Ishimwe Dieudonne Alias Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa bakoze ubukwe bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo umuhanzi Nemeye Platini na Kate Bashabe. Byari ibyishimo uyu Kate Bashabe wambariye Prince Kid mu muhango wo gusaba gusaba no gukwa umukunzi uyu mukunzi we wabaye nyampinga w’U Rwanda 2017. Mu […]

Umunyarwenya Kevin Hart agiye kugaruka mu Rwanda

Nyuma yo kumara igice cy’ikiruhuko cye i Kigali n’umuryango we, Umunyamerika w’umunyarwenya akaba umukinnyi w’amafirime Kevin Darnel Hart biteganijwe ko agiye kugaruka mu Rwanda ku nshuro ya kabiri muri uyu mwaka. Mu gihe Buri mwaka mu Rwanda haba ibirori byo kwita izina abana b’ingagi mu Kinigi bikitabirwa n’abantu ingeri zose by’umwihariko hagatumirwa n’ibyamamare, kuri wa […]

Abakinnyi 25 bazacakirana na Sénégal bamenyekanye

img-20230831-wa0026.jpg

Umutoza w’agateganyo w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Gerard Buschier, yahamagaye abakinnyi 25 Amavubi aziyambaza ahura na Les Lions de la Téranga ya Sénégal. Amakipe yombi azahurira mu mukino wa nyuma wo mu itsinda L mu ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire. Ni umukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, ku wa 09 […]

Nicki Minaj arabyinira ku rukoma

capturejjj.png

Umuhanzikazi w’umuraperi, Onika Tanya Maraj- Petty uzwi nka Nick Minaji arabyinira ku rukoma nyuma y’uko umubare w’abantu ama miliyali bumvise indirimbo ze. Uyu muraperi yigeze gutangaza ko ahagaritse umuziki, ariko akaba aherutse gushyira hanze album, yamaze guca agahigo kadafitwe n’undi muraperikazi uwariwe wese ku rubuga rwa Spotify. Uyu Nicki Minaj yujuje abantu bagera kuri miliyari […]

Urutonde rwa Coup d’état 7 zimaze kuba muri Afurika mu myaka 3 ishize

Ku wa Gatatu tariki ya 29 Kanama, Ali Bongo Ondimba wari Perezida wa Gabon yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bayobowe na Général Brice Clotaire Oligui Nguema wari ukuriye umutwe w’abasirikare bashinzwe kumurinda. Coup d’état yo muri Gabon yabaye nyuma y’ukwezi kumwe muri Niger na ho habaye ihirika ry’ubutegetsi bw’uwari Perezida w’icyo gihugu, Mohamed Bazoum. Muri rusange […]

Umugabo atandukanya ate uburyohe buva ku mugore ufite ikibuno kinini n’ufite gitoya?

Ni kenshi abantu bajya bibaza niba gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore ufite ikibuno gito biryoha nk’uko ufite gito bimera gusa ikigaragara ntabwo bikunze kuvugwaho rumwe. Muri kamere muntu yaba abagore muri rusange cyangwa abagabo bagira amarangamutima atandukanye.Uzasanga aho uzumva umuntu avuze ati njye nkunda umugabo ubyibushye, unanutse , uringaniye cyangwa se n’undi bitewe n’uko abyiyumvamo cyo […]

Marina ku rutonde rw’abahanzikazi bakomeje kuba impenebere mu muziki

Marina akomeje kubura mu muziki

Umuhanzikazi Uwase Ingabire Marina Ukoresha amazina ya “Marina” mu muziki nyarwanda,ni umuhanzikazi w’umunyarwanda wari umaze kubaka izina mu myaka ishize ariko kuri ubu akaba asa n’uwitandukanije n’umuziki. Uyu muhanzikazi aheruka kuvugwa haba mu bitangazamakuru no muri rusange ubwo hasohokaga indirimbo yakoranye n’umuhanzi Yvan Muzika bise “Intare batinya”.Iyi akaba ari iya Kamaliza basubiyemo. Gusa nyuma yo […]

Muri Stade Amahoro habonetse imibiri irenga 30

Imibiri 32 bikekwa ko ari iy’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yataburuwe muri Stade Amahoro i Remera. Iyi mibiri yatangiye kuboneka mu byumweru bibiri bishize. Umukozi ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage mu murenge wa Remera, Pauline Rutazana, yabwiye The New Times ko kuri ubu harimo gukusanywa amakuru hagamijwe kumenya ba nyiri iriya mibiri, ndetse n’intandaro y’urupfu […]

Jackie Chandiru yemeye gufasha Leta mu kwiyegereza urubyiruko rwayinaniye

Jackie Chandiru yigobotoye ibiyobyabwenge

Umucuranzi Jackie Chandiru yari amaze imyaka myinshi yarabaswe n’ibiyobyabwenge byanamuviriyemo kureka umuziki nyuma yo kujyanwa mu bitaro ngo yitabweho. Uyu muhanzikazi ariko kugeza ubu amaze gukira byimazeyo kandi yitabira cyane ubukangurambaga bugamije gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko mu gihugu cya Uganda. Mu mpera z’icyumweru gishize, Chandiru yasuye kandi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Annet Anita, […]

Bite bya Ali Bongo wahiritswe ku butegetsi n’Igisirikare cya Gabon?

Itsinda ry’abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Gabon, ryatangaje ko Ali Bongo Ondimba wari Perezida w’iki gihugu yafungiwe iwe mu rugo. Aba basirikare mu itangazo basomeye kuri Televiziyo y’Igihugu banavuze ko umwe mu bahungu ba Ali Bongo yatawe muri yombi azira “ubugambanyi”. Bati: “Perezida Ali Bongo yafungiwe iwe mu rugo, akikijwe n’umuryango we ndetse n’abaganga.” Mu gitondo […]

Umuhanzi R.Kelly akomeje gucumitwa uruhindu mu gisebe cy’umufunzo

Nyuma y’imyaka irenga ibiri umuririmbyi Robert Sylvester Kelly uzwi nka R.Kelly afunzwe, mu bihano yakatiwe kuri iyi nshuro hiyongereyeho andi mafaranga ibihumbi 500$. Ni nyuma y’uko mu 2021 yakatiwe igifungo cy’imyaka 31 akurikiranyweho ibyaha bitandukanye bijyanye n’ihohotera rishingiye ku gitsina. muri ibyo byaha yashinjwe bigera kuri 13 birimo kwereka abana amashusho y’urukozasoni ndetse no gutambamira […]

Rwanda: Ingo zirenga 987,000 ziracyarangwamo nyakatsi

Imibare y’ibyavuye mu ibarura ry’abaturage n’imiturire, yerekana ko mu Rwanda hari ingo zikabakaba miliyoni imwe zikirangwamo nyakatsi. Nyakatsi by’umwihariko iyo ku buriri, igaragazwa nka nyirabayazana y’indwara zikomoka ku mwanda, by’umwihariko amavunja. Leta y’u Rwanda imaze igihe yarahagurukiye guca burundu nyakatsi yo ku buriri, gusa birasa n’aho urugendo rwo kugira ngo icike rukuri rurerure. Ibyavuye mu […]

Ese ntibyari kuba byiza Prince Kid iyaba aretse kurongora agategereza ibizava mu rukiko?

fdcf8e71-97db-4c8e-81e6-77bb3d48ce63.jpg

Muri iki cyumweru nibwo hasakaye amakuru y’uko Ishimwe Dieudone agiye gukora ubukwe kuri uyu wa Gatanu taliki 01 Nzeri 2023 aho hazaba umuhango wo gusaba no gukwa nyuma hakazakurikiraho gusezerana imbere y’Imana. Uyu muhango ugiye kuba nyamara Prince Kid urukiko rwaramujuririye ku byaha yari akurikiranyweho harimo ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza […]

Perezida Kagame yakoze impinduka muri RDF

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazikozemo impinduka zasize azamuye mu ntera ba Lieutenant Colonel 10 abaha ipeti rya Colonel. Abazamuwe mu ntera nk’uko Igisirikare cy’u Rwanda cyabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama, barimo Lt Colo Joseph Mwesigye, Lt Col Simba Kinesha, Lt Col Ndizeye Egide na Lt […]

Ubushakashatsi bugaragaza ko kurya ibijumba birinda umuntu gusaza vuba

Mu gihe cyashize wasangaga abantu bita ikiribwa cy’ibijumba amazina atandukanye abipfobya bakanavuga ko bitera inzoka,gusa uko iminsi ishira n’iko bigenda byongererwa agaciro kugeza n’ubwo ubushakashatsi bugaragaje ko ubiriye aba yirinze gusaza imburagihe. Imbuga zitandukanye zirimo na santeplusmag.com, zigaragaza ibyiza by’ibijumba aho usanga byuzuyemo intungamubiri.Ibijumba bikungahaye ku cyitwa ‘bàªta-carotène’, ari na yo ituma biryoherera. Iyo bàªta-carotène […]

Amasasu yaramutse acicikana hagati ya M23 na Nyatura

Inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zaramukiye mu mirwano ikomeye na Nyatura Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yise ‘Wazalendo’. Amakuru aturuka muri Congo avuga ko imirwano y’impande zombi yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kanama. Yabereye mu midugudu itandukanye yo muri Chefferie ya Bwito, Groupement ya Tongo ho […]

Eminem yiyamye umu Republican urimo kumwigana ngo ahigike Trump

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Hip Hop (Rap), Eminem yasabye umugabo witwa Vivek ushaka kuziyamamariza kuba perezida wa Amerika kureka gukoresha indirimbo ze amwigana ngo yunguke amajwi. Uyu Eminem yanditse ibaruwa nyuma y’icyumweru kirenga uyu rwiyemezamirimo wa biotech akoresheje indirimbo ‘Lose yourself’ mu kwiyamamaza muri IOWA. Amushinja gukoresha ibihangano bye mu guhangana na bagenzi be […]

Harmonize aravugwaho kuba kidobya mu rukundo rwa Mobetto n’umukire bacuditse

Umuhanzi Harmonize n’umunyamideli Hamisa Mobetto barimo kuvugwa mu rukundo, nyuma y’uko uyu muhanzi atangiye kwerekana ubucuti bwabo ku mbuga nkoranyambaga. Abafana bahangayitse, kuko Mobetto ari mu rukundo bukomeye n’umucuruzi Kevin Sowax. Mobetto yahakanye ko nta bucuti afitanye na Harmonize, avuga ko ari “inshuti ye magara iteka” (BFF). Yatangarije abanyamakuru ku kibuga cy’indege ubwo yari amaze […]

Umugore Sintex aherutse kurongora yari yarashatse umugabo muri 2003

Sintex na Keza basezeranye kubana nk'umugore n'umugabo

Mu 1994, Keza yari atuye mu Rwanda ari naho yavukiye. Ababyeyi be bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi.Keza na barumuna be barangije batangira kwibera ku mihanda mbere yo kwimukira muri Uganda kubana na nyirasenge waje kumutoteza. Kuwa 24 Kanama 2023,nibwo umuhanzi Kabera Arnold uzwi nka Sintex akaba na mukuru wa Nkusi Arthur yasezeraniye mu Murenge wa […]

Prince Kid agiye kurongora Miss Elsa mbere yo gusubira imbere y’ubutabera

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid na Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2017, bazakora ubukwe ku wa Gatanu tariki ya 01 Nzeri. Prince Kid na Miss Elsa basanzwe ari umugabo n’umugore byemewe n’amategeko, nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko muri Werurwe uyu mwaka. Biteganyijwe ko ku wa Gatanu ari bwo Ishimwe azasaba akanakwa Iradukunda, […]

Mukamasabo wari Meya wa Nyamasheke yirukanwe

Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke, yirukanye ku mirimo uwari umuyobozi wako, Mukamasabo Appolonie ku bw’imyitwarire idahwitse. Mukamasabo yari Meya wa Nyamasheke kuva muri Nzeri 2019. Perezida w’Inama Njyanama y’aka karere, Hategekimana Jules César, yatangaje ko Meya Mukamasabo yirukanwe mu nshingano “kubera imyitwarire n’imikorere idahwitse mu kazi ashinzwe.” Njyanama ya Nyamasheke ntiyigeze itangaza birambuye ibikubiye muri […]

Tugomba kotsa igitutu M23: Tshisekedi nyuma yo guhura na Ndayishimiye

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko agomba kotsa igitutu umutwe wa M23 kugira ngo ubashe kubahiriza ibyo wasabwe na gahunda y’ibiganiro bya Luanda. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Mbere nyuma y’uko yari amaze kubonana na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Perezida Ndayishimiye kuri ubu uyoboye Umuryango wa Afurika […]

Perezida Kagame yirukanye abarimo Habitegeko wari Guverineri w’Uburengerazuba

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Kanama, yavanye mu mirimo abayobozi barimo Habitegeko Franà§ois wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba. Habitegeko yari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba kuva muri Werurwe 2021 ubwo yahabwaga izo nshingano asimbuye Munyantwali Alphonse. Iyirukanwa rye ryemejwe na Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa […]

Shaiboub yahesheje APR FC amanota 3 ya mbere itsinze Police FC

Ikipe ya APR FC yegukanye amanota atatu ya mbere muri shampiyona ya 2023/24, nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa derby y’umutekano wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni umukino by’umwihariko APR FC na Police FC yahuriyemo, nyuma y’imyaka irenga 10 yararetse gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga. Igitego cyo […]

Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n’amazi meza biracyari kure nk’ukwezi

Muri 2017 ni bwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’igihugu y’imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1). Ni gahunda igomba kurangirana n’umwaka utaha wa 2024. Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n’ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n’amashanyarazi ku kigero cya 100%. Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda […]

Umutoza wa Gorilla ashavujwe n’ibitutsi Zelfani wa Rayon Sports yamucucumuriyeho

Gatera Moussa usanzwe utoza ikipe ya Gorilla atewe ishavu no kwandagazwa n’umutoza wa Rayon Sports Yamen Zelfani wamucuncumuriyeho imvura y’ibitutsi ku mukino wahuje aya makipe yombi kuri iki Cyumweru taliki 27 Kanama 2023. Gatera ahamya ko we ubwe yiyumviye Zelfani amutuka mu rurimi rw’icyarabu atazi ko ngo uyu mutoza abyumva gusa igitangaje n’uko ngo hari […]

Irari rikomeje kuganisha Eddy Kenzo mu manga y’ubushurashuzi

Umuhanzi Eddy Kenzo, uzwi ku mazina nyakuri y’ababyeyi Edirisa Musuuza, yatangaje ibintu bikomeye ku buzima bwe bw’urukundo aho yavuze ko kugeza ubu ari mu rukundo cyangwa se akaba aterereta abakobwa bagera kuri batandatu. Uyu muhanzikazi yasobanuye ko kuri ubu adakundana n’umukobwa umwe gusa, ahubwo ko urukundo rwe rusaranganyijwe mu bagore barenga batandatu. Aya magambo avugishije […]

Bite bya Kitoko Bibarwa?

Kitoko aheruka kugarukwaho cyane ubwo yasozaga Master's Degree

Mu muziki nyarwanda by’umwihariko uwo kuva mu myaka ya 2007-2012 no kurenzaho gato , uramutse uvuze izina Patrick Bibarwa Alias Kitoko abenshi bumva indirimbo zaryoheye amatwi nka Ikiragi, agakecuru kanjye, Rurabo, Rurashonga n’izindi. Uyu musore wakunzwe n’ubu indirimbo ze zikaba ziri mu mitima ya benshi, muri iyi minsi ntabwo abamukundi n’abandi bakurikirana iby’imyidagadura bakimubona cyangwa […]

Wowe ntabwo uri Umukono, uri igisambo: Perezida Kagame abwira Gatabazi

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu yatangaje bimwe mu byagiye bikurikira umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye mu Kinigi muri Nyakanga uyu mwaka. Umukuru w’Igihugu ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara z’Amajyaruguru n’Uburengerazuba, ni bwo bwa mbere yari yumvikanye avuga kuri uriya muhango. Yavuze ko amakuru yawo yabanje kuyabwirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Uturere 10 twugarijwe na SIDA kurusha utundi mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Intara y’Iburasirazuba iza ku isonga mu zugarijwe n’ubw’andu bwa virusi itera SIDA mu gihugu, dore ko mu turere 10 twa mbere ifitemo dutanu. Ni imibare yatangajwe na Dr Ikuzo Basile usanzwe ari Umuyobozi ushinzwe kurwanya SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina; ubwo yari mu gikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga […]

Britney Spears yaba yamaze kwishumbusha undi mugabo

Nyuma y’iminsi micye hatangajwe ko umuhanzikazi Britney Spears yatandukanye n’uwari umugabo we Sam sghit ,biravugwa ko yaba yamaze kwishumbusha undi. Ibi byamenyekanye ubwo ngo aba bombi bari bari mu modoka bavuye gusangira mu mugi wa Los Angeles gusa uwo mugabo yari yambaye ingofero imuhisha isura. Ni nyuma y’uko muri iki Cyumweru aribwo uyu muhanzikazi atandukanye […]

Perezida Kagame yavuze uwamumenyesheje bwa mbere ibyo kwimika umutware w’Abakono

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu ubwo yahuraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru, yasobanuye uko yamenye ko habaye umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye muri iriya ntara. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo mu Kinigi habereye umuhango wasize Kazoza Justin yimitswe nk’umutware w’Abakono, mbere y’uko yegura kuri izi nshingano mu minsi mike yakurikiyeho. […]

Abayobozi bakuru ba FADM bagendereye ubuyobozi bwa RDF na RNP i Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Admiral Joaquim Mangrasse, ku wa Gatanu yasuye Icyicaro Gikuru cy’Inzego z’umutekano z’u Rwanda mu mujyi wa Mocimboa da Praia. Admiral Mangrasse yari aherekejwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj Gen Messias André Niposso, Umugaba w’Ingabo za Mozambique zirwanira ku butaka, Maj Gen Tiago Alberto Nampele, Brig Gen Ricardo Makuvele ukuriye […]

Niger yirukanye ku butaka bwayo Ambasaderi w’u Bufaransa

Itsinda ry’abasirikare bayoboye Niger nyuma ya Coup d’à‰tat yabaye muri iki gihugu mu kwezi gushize, ryatangaje ko ryamaze guha amasaha 48 Ambasaderi w’u Bufaransa i Niamey nka nyirantarengwa yo kuba yamaze kuhava. Ambasaderi Sylvain Itte yirukanwe mu gihe umwuka umaze igihe utifashe neza hagati ya Paris na Niamey. Kimwe n’abanya-Mali n’abanya-Burkina Faso, abaturage ba Niger […]

Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono

Perezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba gukoresha imyanya bafite mu kuzana impinduka mu baturage, aho kubashora mu bikorwa bibi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 25 Kanama, ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana babarirwa muri 700 bo muri ziriya ntara zombi. Ni ikiganiro cyabereye mu ishuri rya gisirikare riherereye i […]