Gako: Inama nyunguranabitekerezo ku mutekano yasabye Afurika kwigira

Ishuri Rikuru rya Gisirikare ryâu Rwanda ku bufatanye na Kaminuza yâu Rwanda, bateguye inama nyunguranabitekerezo yâumunsi umwe ku mutekano wâigihugu yabereye mu Ishuri rya Gisirikare ryâu Rwanda i Gako. Iyo nama yitabiriwe nâabayobozi bakuru muri Guverinoma barimo Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane, Olivier Nduhungirehe, Minisitiri wâIngabo, Juvenal Marizamunda, ndetse nâabayobozi bakuru mu nzego zâumutekano. Yahuje abasirikare, […]
Comoros: Imyigaragambyo ikaze yatumye leta ihagarika ibiciro bishya lisansi

Ku wa Gatandatu, Comoros yatangaje ihagarikwa ryâagateganyo ryâibiciro bishya bya peteroli byashyizweho mu rwego rwo guhangana nâintambara yo muri Iran, nyuma yâuko izamurwa ryabyo ryateje imyigaragambyo ikomeye yiciwemo abantu hirya no hino muri ibi birwa byo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe nyuma y’uko umuntu umwe yishwe abandi batanu bagakomereka mu guhangana hagati y’abigaragambyaga n’inzego z’umutekano […]
RDC: Abatuye i Minembwe babyukiye mu mvura y’amabombe

Kuva ku isaha ya saa mbiri za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 15 Gicurasi 2026, ubutegetsi bwa Kinshasa bwategetse kohereza kajugujugu nyinshi zâintambara zitwaje ibisasu byinshi zivuye i Kalemie kugira ngo zigire uruhare mu bitero bikomeje biri kwibasira Minembwe no mu turere tuyikikije. Izi ngufu za gisirikare zongerewe ku ntwaro zimaze igihe […]
Walikale: Inyeshyamba za Wazalendo zishe umuyobozi washyizweho na AFC/M23

Umuyobozi mushya wâUmudugudu wa Kateku, mu gace ka Iremya ( Gurupoma ya Ikobo) muri Teritwari ya Walikale, ku wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi, yishwe na Wazalendo, nyuma yâamasaha 48 gusa ashyizweho nâinyeshyamba za AFC / M23. Uwahohotewe yiciwe iwe imbere yâumuryango we. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko Abawazalendo bamukubise amasasu mbere yo kuburira […]
Umuyobozi wa CIA yasuye Cuba mu ruzinduko rudasanzwe

Umuyobozi wâikigo cyâubutasi bwo hanze cya Amerika, CIA, yasuye Cuba abonana nâushinzwe ubutasi muri icyo gihugu mu murwa mukuru, Havana, aho yari ajyanye âubutumwa bwite bwa Perezida Donald Trumpâ. John Ratcliffe yagiye Havana nyuma yâuko Washington yemereye Cuba inkunga ya miliyoni 100$ yo kuyifasha koroherwa nâingaruka zâibihano Washington n’ubundi yabafatiye. Perezida Miguel Diaz-Canel wa Cuba […]
Perezida Kagame yakiriye Oligui Nguema wa Gabon

Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Gicurasi 2026, iruhande rw’inama mpuzamahanga y’abayobozi bakuru b’ibigo byo muri Afurika ( Africa CEO Forum), Perezida Paul Kagame yabonanye na Perezida Brice Clotaire Oligui Nguema wa Gabon, uri mu Rwanda aho yitabiriye iyo nama. Aba bayobozi bombi baganiriye ku buryo bwo kurushaho gushimangira ubufatanye bwâibihugu byombi binyuze mu bufatanye […]
Minembwe: Haravugwa ibitero bikaze mu bice bituwe cyane nka Gakenke na Rugezi

Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa riravugwaho kugaba ibitero bitandukanye byateguriwe hamwe mu bice bituwe cyane muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko bitanhazwa na AFC/M23 mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, “Kuri uyu wa Kane, itariki ya 14 Gicurasi 2026, guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo, ingabo zâihuriro ryâubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero simusiga byibasiye uturere dutuwe cyane […]
Nigeria: Uwahoze ari minisitiri yakatiwe imyaka 75 y’igifungo

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Gicurasi, urukiko rwo muri Nigeria rwakatiye uwahoze ari minisitiri wâingufu, Saleh Mamman, igifungo cyâimyaka 75 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kunyereza miliyari 33.8 z’Ama-naira (miliyoni 24.71 $), nkâuko ikigo gishinzwe kurwanya ruswa cyâiki gihugu cyemeza ko ari igihano kidasanzwe ku bayobozi bamunzwe na ruswa kibitangaza. Umucamanza James Omotosho wo […]
Abantu 6 bafashwe bashinjwa kujyana abantu hanze mu buryo bwa magendu

Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), abantu batandatu (06) batawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu ushize bazira gutwara abantu magendu, babizeza kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada. Abantu batawe muri yombi barafunzwe kugira ngo hakorwe iperereza kandi ukuri kumenyekane ku bijyanye n’iki gikorwa nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara […]
RDC: Ibitero by’ihuriro ry’ubutegetsi byibasiye Kalingi na Bidegu bihitana ubuzima

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi 2026, guhera saa moya za mugitondo kugeza nimugoroba, ingabo zâihuriro ryâubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero byâurugomo byibasiye uturere dutuwe cyane twa Kalingi, Bidegu, ndetse no mu nkengero zaho, bakoresheje ingabo ku butaka, imbunda nini, na drones za kamikaze zo mu bwoko KT-6. Ibi bitero byâubugizi bwa nabi […]
CAR: Gen Nyakarundi yaganiriye n’Umugaba Mukuru wa FACA

Ku munsi wa gatatu wâuruzinduko rwâakazi muri Repubulika ya Centrafrica, intumwa za RDF ziyobowe nâUmugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, kuwa Gatatu zagiranye ibiganiro na GĂ©nĂ©ral dâArmĂ©e ZĂ©phirin MAMADOU, Umugaba Mukuru wâIngabo za Repubulika ya Centrafrica (FACA). Ibiganiro byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare hagati yâu Rwanda na Repubulika ya […]
Amerika n’u Bushinwa birizeza ko umubano wabyo uzaba mwiza kurusha mbere

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa kuri uyu wa Gatatu yasabye ko igihugu cye na Amerika biba âabafatanyabikorwa aho kuba abacyebaâ, mbere y’uko ibiganiro bikomeye na mugenzi we, Donald Trump bitangira mu murwa mukuru, Beijing. Perezida Donald Trump mu kumusubiza yasobanuye Xi nk’”umuyobozi mwiza cyane” ndetse avuga ko umubano hagati yâibi bihugu bikomeye cyane ku Isi […]
Perezida wa Sena y’u Rwanda yakiriye Perezida wa APNAC, Alban K.S. Bagbin

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Gicurasi 2026, Alubani K.S. Bagbin, Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Ghana akaba na Perezida wâUmuryango wâAbadepite bo muri Afurika barwanya Ruswa (APNAC), bahuye na Perezida wa Sena, Kalinda François Xavier na Perezida wâUmutwe wâabadepite, Gertrude Kazarwa. Abayobozi bagarutse ku mikoranire y’inteko zishinga amategeko hagati ya Ghana n’u Rwanda, bashimangira […]
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Ngnassingbe wa Togo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu muri Village Urugwiro, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Faure Essozimna GnassingbĂ© , Perezida w’Inama y’Abaminisitiri iyoboye Togo uri mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Rwanda. Ibiganiro byabo byibanze ku mubano ukomeye kandi ugenda wiyongera hagati yâibihugu byombi ndetse nâiterambere mu guteza imbere ituze mu karere.
Santarafirika: Gen. Nyakarundi yagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru wa MINUSCA

Umugaba wâIngabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, ari kumwe nâintumwa ayoboye mu ruzinduko rwâakazi rwâiminsi itanu muri Repubulika ya Santarafurika, kuri uyu wa Kabiri yahuye n’ Umugaba wâIngabo za MINUSCA, Lt Gen Humphrey Nyone. Mu biganiro bagiranye, Umugaba wâIngabo za MINUSCA yahaye Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka amakuru ishusho yâumutekano nâibikorwa […]
Perezida Faure Gnassingbé wa Togo na Doumbouya wa Guinea bari mu Rwanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida wâInama yâAbaminisitiri iyoboye Togo, Faure Essozimna GnassingbĂ©, yageze mu Mujyi wa Kigali, aho yaje mu ruzinduko rw’akazi, akaba aje ahasanga abandi bayobozi bitabiriye inama ya Africa CEO Forum. Perezida Faure GnassingbĂ© akigera mu Rwanda yakiriwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali na Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda. Perezida […]
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 irashinja leta gukomeza kwica abasivili amahanga arebera

Itotezwa ryâabasivili muri Sange no mu bice byegeranye rikorwa nâIhuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa rirakomeje mu gihe Umuryango Mpuzamahanga ukomeje kuruca ukarumira nk’uko byatangajwe n’Ihuriro rirwanya ubutegetsi, AFC/M23 mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatatu. Iri huriro rirashinja Leta ubwicanyi, guta muri yombi binyuranyije n’amategeko kunyereza abantu ndetse n’ubusahuzi biri gukorerwa abaturage kuva Sange […]
Uganda: Ndayishimiye yatakagije Museveni biratinda mu irahira rye

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026, Perezida wâu Burundi, Ăvariste Ndayishimiye yashimye impinduka zakozwe mu bukungu bwa Uganda ndetse nâuruhare rwa Perezida Yoweri Museveni mu kwimakaza amahoro mu karere, mu gihe Museveni yakoresheje umuhango we wo kurahira ahamagarira Abagande âgukanguka bakava mu bitotsiâ bakibanda ku kongera umutungo wabo. Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro […]
RDF yakiriye ba ofisiye baturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nigeria

Ingabo zâu Rwanda (RDF) zakiriye ku cyicaro gikuru ku Kimihurura, itsinda rigizwe nâaba ofisiye 15 baturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nigeria, bari mu Rwanda mu rugendo shuri rwâiminsi itandatu rugamije kwiga ku bukerarugendo bushingiye ku bidukikije nâiterambere ryâigihugu. Uru ruzinduko rugamije guha iri tsinda amahirwe yo gusobanukirwa neza uburyo u Rwanda rwateje imbere […]
AFC/M23 yafungiye ibirindiro i Kamanyola nyuma yo gusubira inyuma ibilometero 70

Nyuma yo kuva bwa mbere, ku wa Mbere, itariki 11 Gicurasi, i Sange bajya i Luvungi, abarwanyi ba AFC / M23 bakomeje gusubira inyuma kwabo ku wa Kabiri, itariki ya 12 Gicurasi, ku muhanda wa Uvira-Bukavu, bahagarara i Kamanyola, mu bilometero 70 mu majyaruguru ya Uvira. Nyuma y’ibi, Ingabo za DRC zatangaje ko zinjiye muri […]
Nigeria: Abagera ku 100 biciwe mu gitero cyagabwe ku isoko

Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, watangaje ko byibuze abasivili 100 baguye mu gitero cyâindege cy’Igisirikare cya Nigeria ku isoko ryuzuye abantu mu majyaruguru yâiburengerazuba bwa Leta ya Zamfara. Iki gitero cyâindege cyibasiye isoko ryitaruye rya Tumfa riherereye mu Karere ka Zurmi, ku Cyumweru, biravugwa ko ari icya kabiri cyahitanye […]
Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe mu gihe wazalendo iri kwihorera aho M23 yavuye

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Gicurasi 2026, guhera saa moya kugeza saa yine za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero simusiga ku baturage bâabasivili i Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo. Uturere dutuwe cyane twa Gakenke na Bidegu twibasiwe nâibisasu byatewe hakoreshejwe drone ya kamikaze, bituma abantu bahasiga ubuzima ndetse abasivili […]
Kivu y’Amajyepfo: FARDC iri gusubira mu bice AFC/M23 yavuyemo

Ingabo zâigihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziri gusubira mu midugudu yavuyemo abarwanyi ba AFC/M23 nyuma yo kuva mu Kibaya cya Rusizi. Nkâuko byatangajwe n’umuvugizi wa Operation Sukola 2 muri Kivu y’Amajyepfo, ngo iyi midugudu irimo Sange, Nyakerebe, na Luberizi, ndetse na Kitidia, Katoto, Mulenge, na Lemera, iherereye mu misozi ya Uvira. Lt. […]
Latvia: Minisitiri w’ingabo yeguye kubera drones zavogereye igihugu cye

Minisitiri wâingabo muri Latvia, Andris SprĆ«ds, yeguye ku mirimo ye nyuma yâuko indege zitagira abadereva zo muri Ukraine zinjiye mu kirere cyâiki gihugu zivuye mu Burusiya mu cyumweru gishize imwe igwa ku kigo kibikwamo peteroli. Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu cyo muri Baltique, Evika SiliĆa, yavuze ko yamusabye kuva ku butegetsi kuko “byagaragaje ko ubuyobozi bwa […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ari muri Uganda

Minisitiri wâIntebe, Justin Nsengiyumva yageze i Kampala mu gihugu cya Uganda aho yagiye guhagararira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu muhango wâirahira rya Yoweri Kaguta Museveni, Perezida watowe wa Repubulika ya Uganda, uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026. Usibye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, undi muyobozi wamaze kwakirwa muri Uganda witabiriye […]
Rulindo: RDF, RNP na FHF byatangije gahunda yo kuvura indwara z’amaso

Ingabo na Polisi byâu Rwanda (RDF) ku bufatanye na Minisiteri yâUbuzima (MoH) hamwe na Fondasiyo ya Fred Hollows yo mu Rwanda (FHF), uyu munsi batangije gahunda yo kuvura indwara zâamaso no kubaga indwara y’ishaza ifata amaso ku Bitaro bya Kinihira biherereye mu Karere ka Rulindo, mu Ntara yâAmajyaruguru, muri gahunda ikomeje y’ibikorwa by’Ingabo na Polisi […]
Abunganira Gen. Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda biyemeje gusenya ibirego ashinjwa

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu rubanza rwa Lt. Gen. PhilĂ©mon Yav Irung imbere yâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa, Umugenzuzi Mukuru wa FARDC ku itariki 7 Gicurasi yasabiye igifungo cya burundu uyu musirikare mukuru ukurikiranweho icyaha cyâubugambanyi kubera gukekwaho gukorana nâIngabo zâu Rwanda mu gihe abamwunganira bemeza ko nta kimenyetso na kimwe gifatika […]
Maroc: Umusirikare wa Amerika muri 2 baburiwe irengero yabonetse ari umurambo

Itsinda ryâabashakisha ryavumbuye umurambo wâumwe mu basirikare babiri ba Amerika waburiwe irengero mu ntangiriro z’uku kwezi hafi yâaho bakoreraga imyitozo i Cap Draa, muri Maroc, mu gihe undi musirikare agishakishwa. Abashakashatsi bo muri Maroc kuwa Gatandatu basanze umurambo w’umwe mu basirikare babiri ba Amerika mu mazi â ku kirometero 1.6 uvuye aho uyu musirikare yaburiye ku […]
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 yavuye mu bice byinshi yagenzura isubira inyuma

Abarwanyi bâumutwe wa AFC/M23 mu mpera zâicyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi, Luvungi, Kabunambo nâinkengero zaho bakerekeza mu mujyi wa Kamanyola mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Umunyamakuru wigenga ukorera muri Kivu yâEpfo hamwe nâumwe mu bakuriye sosiyete sivile muri teritwari ya Walungu babwiye BBC ko M23 nâabategetsi bayo batangiye kuva muri […]
Ibyo wamenya ku ndwara ya Hanta Virus ikomeje gutera impungenge

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kiratangaza ko gikomeje gukurikiranira hafi indwara ya Hanta Viris ikomeje guteza impungenge ku mugabane w’u Burayi. Mu butumwa cyanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri iki Cyumweru, RBC yagize iti: “Inzego z’ubuzima mu Rwanda zirimo gukurikiranira hafi uko indwara ya Hanta Virus iherutse kugaragara muri bimwe mu bihugu […]
Burundi: Biyemeje kuzamura dosiye y’indege ya perezida imaze imyaka 10 iparitse i Madrid

Kimwe mu bitangazamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi kiyemeje kongera gufungura dosiye y’indege y’umukuru w’igihugu igiye kumara imyaka 10 yaraheze ku kibuga cy’indege cyo mu gihugu cy’i Burayi yarahapfiriye. Indege ya Perezida wâu Burundi yo mu bwoko bwa Gulf Stream 4 yaheze ku kibuga cyâindege i Madrid muri Espagne, aho yagiye gukoreshwa ariko bigaragara ko […]
Ibitangazamakuru 9 byo mu Bufaransa byahagaritswe muri Niger

Igihugu cya Burkina Faso, umufatanyabikorwa wâabaturanyi, Niger na Mali, mu Ihuriro ryâUbumwe bwâibihugu bya Sahel (AES), byose biyobowe nâabasirikare, kuwa Kabiri cyabujije TV5 Monde kongera gukorera mu gihugu. Kuri uyu wa Gatanu, ushize igihugu cya Niger kiyobowe n’abasirikare kidacana uwaka n’ibihugu byo mu burengerazuba muri iki gihe, cyari cyahagaritse ibitangazamakuru icyenda byo mu Bufaransa bishinjwa […]
Arashaka guhindura itegeko nshinga? Azabikore niba ari akagabo – Corneille Nangaa

âArashaka guhindura itegeko nshinga? Azabikore niba ari akagaboâ, ibi ni ibyatangajwe nâUmuhuzabikorwa wâIhuriro AFC/M23 ubwo yavugaga ku magambo aherutse gutangazwa na Tshisekedi aca amarenga ko yiteguye kuyobora manda ya gatatu binyuze mu guhindura itegeko nshinga rya RDC. Mu kiganiro nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 yerekanye ko ikiganiro Perezida Tshisekedi aherutse gutanga […]
RDC: Fayulu yijeje kwitambika Tshisekedi mu gihe yagerageza kuyobora manda ya gatatu

Umuhuzabikorwa wâIhuriro rya politiki rya LAMUKA, Martin Fayulu, yemeje kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 8 Gicurasi, ko afite umugambi wo gukangurira abaturage kurwanya icyifuzo icyo ari cyo cyose cyo kongera manda ya perezida binyuranyije nâitegeko nshinga. Ibyo yabitangaje nyuma y’umunsi umwe Perezida FĂ©lix Tshisekedi agiranye ikiganiro n’abanyamakuru i Kinshasa, akagaragaza ko afite inzozi […]
Burundi: Amashyaka 5 ya opozisiyo arateganya kutazitabira amatora yo mu 2027

Itariki yâamatora yâumukuru wâigihugu mu Burundi, yashyizwe ku wa 3 Gicurasi 2027, yatangajwe ku wa Gatanu, itariki ya 8 Gicurasi 2026, na Komisiyo Yigenga yâAmatora (CENI), ariko mu itangazo ryahurijwe hamwe, amashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi CNL, UPRONA, CODEBU, DCP, na FRODEBU yasabye ko hategurwa ibiganiro hagati yâabanyagihugu nka kimwe mu bisabwa kugira ngo habe amatora […]
Col Migambi yifatanyije nâabagize Ishyirahamwe ry’umukino wa Golf mu mugoroba wo kwibuka

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 9 Gicurasi, Col DĂ©sirĂ© Migambi Mungamba, Umuyobozi ushinzwe ubufatanye bw’ ingabo n’abaturage, yifatanyije nâabanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umukino wa Golf (Rwanda Golf Union) mu mugoroba wo kwibuka no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Igikorwa cyo Kwibuka cyabereye mu cyanya cy’ umukino wa Golf, Kigali, i Nyarutarama. Mu ijambo […]
Festus Mogae wabaye Perezida wa Botswana yapfuye ku myaka 86

Festus Mogae wabaye Perezida wa Botswana igihe cyâimyaka 10 agashimirwa cyane imiyoborere myiza nâurugamba rwo kurwanya SIDA, yapfuye kuri uyu wa Gatanu afite imyaka 86, nkâuko byamejwe na leta yahise itangaza icyunamo cyâiminsi itatu. Mogae yategetse iki gihugu gikungahaye kuri diyama kuva mu 1998 kugeza mu 2008 aha ubutegetsi uwari visi perezida we Ian Khama […]
Rutshuru: Abakada basaga 400 ba AFC/M23 basoje ingando i Kanombe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 7 Gicurasi 2026, abakada 416 bo mu rwego rw’ibanze ba AFC / M23 bashoje amahugurwa ya politiki na gisirikare, yabereye i Kanombe, muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo gusoza uzwi ku izina rya “pass-out”, wari uyobowe na Bertrand Bisimwa, Umuhuzabikorwa wungirije wa AFC / […]
Ethiopia: Umugore wari umaze imyaka 12 yarabuze urubyaro yabyaye batanu icyarimwe

Mu gihugu cya Ethiopia habaye ibintu bidasanzwe, aho mu karere ka Harari umugore yabyaye abana batanu b’impanga nyuma y’imyaka 12 agerageza kubyara ariko yarabuze urubyaro. Uyu mugore witwa Bedriya Adem yavuze ko we n’umugabo we “bishimiye cyane” “guhabwa umugisha w’abana batanu icyarimwe”. Ibitaro yabyariyemo byavuze ko uyu mugore wâimyaka 35 yabyaye abahungu bane nâumukobwa mu […]
Buruseli: Nyuma ya Amerika abayobozi ba RDC bagiye gusaba na EU gufatira ibihano RDF

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) zigishinja kugira uruhare mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Congo, kuri ubu abayobozi b’iki gihugu bakomeje no gusaba Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi gutera ikirenge mu cya Amerika na wo ugafatira ibihano RDF. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa Gatatu ushize, Minisitiri […]
Amb. Festus Bizimana yashyikirije Perezida Goita inyandiko zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Mali

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 7 Gicurasi 2026, Ambasaderi Festus Bizimana yashyikirije Perezida Assimi GoĂŻta inyandiko zimwemerera guhagararira Repubulika y’u Rwanda mu gihugu cya Mali, mu muhango wabereye i Bamako. U Rwanda na Mali byishimira umubano mwiza kandi ukomeye hagati yâibihugu byombi ushingiye ku bucuti, ubufatanye, ndetse nâumugambi uhuriweho wo kurushaho gushimangira ubufatanye […]
Ituri: Igitero cya ADF cyahitanye nibura abaturage 15

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 7 Gicurasi 2026, abantu bagera kuri cumi na batanu bishwe, mu gitero cyitiriwe inyeshyamba za ADF i Biakato, centre yâubucuruzi iherereye muri Teritwari ya Mambasa mu Ntara ya Ituri. Amakuru avuga ko abagabye igitero kuri uyu wa Kane ushize mu mujyi wa Biakato bakigabye ku manywa y’ihangu, bituma abaturage […]
Instagram irahagarika uburyo bwo kohererezanya ubutumwa bwite muri DM

Abakoresha Instagram ntibazongera gushobora kohererezanya ubutumwa bwite muri DM, kuko uburyo bwa End-to-End Encryption (E2EE) buhagarikwa ku bayikoresha ku Isi hose kuri uyu wa Gatanu. Gukuraho ubu buryo bwo kurinda ubutumwa ni impinduka ikomeye izanywe na sosiyete ya Meta, ubundi yari yarigeze kuvuga ko iri koranabuhanga ari ryo rwego rwo hejuru mu kurinda ubuzima bwite […]
Botswana: Perezida Kagame yasoje uruzinduko rwe nyuma yo gusura uruganda rutunganya diyama

Kuri uyu wa Kane, itariki 7 Gicurasi 2026 nibwo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yasoje urugendo rwe rw’akazi rw’iminsi 2 mu gihugu cya Botswana, nyuma yo gusura uruganda rutunganya amabuye y’agaciro ya diyama iki gihugu cy’inshuti gikungahayeho. Perezida Duma Boko wa Botswana yasezeye kuri Perezida Kagame ubwo yasozaga uruzinduko rwe rw’iminsi ibiri yagiriye muri Botswana, […]
Burundi: Isoko rya Kinama ryafashwe n’inkongi ikomeye y’umuriro

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 7 Gicurasi 2026, wari umunsi uteye ubwoba ku bacuruzi bo mu isoko rya Kinama riherereye muri Zone ya Kinama muri Komini Ntahangwa, mu Ntara ya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi nyuma y’uko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye. Abatangabuhamya bavuga ko inkongi y’umuriro yatangiye ahagana mu ma saa 8h15 za mu […]
Masisi: Igitero cya drone ya FARDC cyahitanye abasivili i Kalenga

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 7 Gicurasi 2026, ku isaha ya saa 1h20, ihuriro ry’ingabo zâubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero simusiga zikoresheje drone mu gace ka Kalenga gatuwe cyane, gaherereye muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ihuriro AFC/M23 rivuga ko “Iki gitero cyahitanye abasivili benshi kandi bituma abaturage benshi bahunga.” […]
Sudani: Umugaba Mukuru wa RSF aravuga ko amaze kugira ingabo 450,000

Kuri uyu wa Gatatu ushize, Umuyobozi w’Umutwe wa Rapid Support Forces (RSF), Mohamed Hamdan Dagalo, uzwi ku izina rya Hemetti, yongeye gushimangira yiteguye gukomeza ibikorwa bya gisirikare byo kurwanya Ingabo za Sudani, ashinja ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye igihugu kuba nyirabayazana y’amakimbirane akomeje ndetse no kunanirwa kugera ku mahoro. Yaboneyeho kwemeza ko ubu afite ingabo 450,000 […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa Ineza Bijou
Tunisia: Uwahoze ari minisitiri w’ubutabera yakatiwe imyaka 20 y’igifungo

Urukiko rwo muri Tunisia rwakatiye uwahoze ari Minisitiri wâubutabera, Noureddine Bhiri, umuntu wo ku rwego rwo hejuru mu ishyaka rya Ennahda, igifungo cyâimyaka 20 mu rubanza aregwamo âkorohereza kubona pasiporo nâinyandiko zâubwenegihugu abanyamahangaâ nkâuko ibitangazamakuru bya leta bibitangaza. Uru rubanza rushingiye ku birego byo âguhimba pasiporo n’inyandiko zâubwenegihugu byahawe abanyamahanga bashakishwaga mu manza zifitanye isano […]
Koreya ya Ruguru ivuga ko idateganya kureka intwaro zayo za kirimbuzi cyangwa guhagarika kuzicura

Koreya ya Ruguru yashimangiye ko itazareka intwaro zayo za kirimbuzi, isobanura ko icyemezo yafashe kidashobora guhinduka kandi iniyemeza kongera ubushobozi bwayo. Kuri uyu wa Kane, ibitangazamakuru byatangaje ko Ambasaderi wa Koreya ya Ruguru mu Muryango wâAbibumbye yavuze ko igihugu cye kitagengwa nâamasezerano yo kudakwirakwiza intwaro za kirimbuzi (NPT) ndetse ko igitutu cy’amahanga kitazahindura kuba ari […]
Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Botswana – Amafoto

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 6 Gicurasi, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriwe ku meza naPerezida wa Botswana, Duma Boko, nyuma y’umunsi w’ibiganiro n’isinywa ry’amasezerano atandukanye y’ubufatanye. Perezidansi ya Botswana ibinyujije kuri X yatangaje ko Perezida Duma Boko yakiriye ku meza Perezida Paul Kagame mu rwego rwo kumuha icyubahiro mu […]
Umugande n’Abanyanijeriya 2 bafatanwe ibikoresho bya gisirikare

Abategetsi ba Uganda bataye muri yombi abakekwaho kuba abanyabyaha mpuzamahanga, barimo umwe utuye muri Paruwasi ya Gasiza, mu Murenge wa Nyakabande mu Karere ka Kisoro, hamwe nâabenegihugu babiri ba Nigeria. Ifatwa ryakurikiye umuburo wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) hamwe nâamakuru yatanzwe n’abaturage ku myitwarire iteye inkeke babonaga. Umuvugizi wa Minisiteri yâumutekano imbere mu gihugu, Simon Peter […]
Andry Rajoelina wahoze ari Perezida wa Madagascar agiye kuburanishwa

Kuva mu Kuboza, Andry Rajoelina wahoze ari Perezida wa Madagascar ategereje kwiregura ku birego byatanzwe n’urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko. Bivuze ko azaburanishwa adahari kuko ari mu buhungiro kuva yahirikwa ku butegetsi mu 2025. Ni ibirego byo kunyereza umutungo, ikoreshwa ry’amafaranga akoreshwa na leta ritavugwaho rumwe, hamwe nâibyemezo yafashe mu gihe bitera cya Covid. Nkâuko […]
Kinshasa: Icyicaro cy’ishyaka PPRD rya Kabila cyatwitswe n’abayoboke ba UDPS

Umujinya ukomeje kwiyongera muri sosiyete sivili ya Congo nyuma y’itwikwa ry’icyicaro cyâIshyaka ryâAbaturage riharanira Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD), ishyaka ryâuwahoze ari perezida, Joseph Kabila, i Kinshasa. Ku wa Kabiri, itariki ya 5 Gicurasi, abanyamakuru ba Radio Okapi basuye aho hantu, babonye ibimenyetso bigaragara byâumuriro ku nyubako irimo icyicaro cy’ishyaka, giherereye kuri Boulevard ya Sendwe mu […]
Sudani irashinja Ethiopia na UAE kugira uruhare mu gitero cya drones ku Kibuga cy’Indege cya Khartoum

Ingabo za Sudani zashinje Ethiopia na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu kugira uruhare mu gitero cyâindege zitagira abapilote ku Kibuga cyâIndege cya Khartoum, kikaba ari kimwe mu bitero byahungabanije umutuzo wari umaze amezi mu murwa mukuru mu ntambara hagati y’abaturage imaze imyaka itatu. Kuri uyu wa Kabiri ushize, Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Ethiopia yamaganye icyo yise […]
Gaborone: Minisitiri Nduhungirehe na mugenzi we wa Botswana bayoboye inama ya JPCC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe na mugenzi we, Phenyo Butale, Uyu munsi i Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Botswana, kuri uyu wa Kabiri i Gaborone bayoboye inama ya 2 ya Komisiyo Ihoraho Ihuriweho yâubufatanye (JPCC) hagati y’u Rwanda na Botswana. Mu ijambo rye, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yagaragaje umubano ukomeye uri hagati yâibihugu byombi anashimangira […]
Boko Haram yishe abasirikare 23 ba Tchad

Kuri uyu wa Kabiri, abayobozi ba Tchad bavuze ko abarwanyi ba Boko Haram bishe byibuze abashinzwe umutekano 23 mu gitero cyagabwe ku kigo cya gisirikare. Igitero cyagabwe mu ijoro ryo ku wa Mbere cyibasiye ikigo cya gisirikare ku nkombe z’ikiyaga cya Tchad, gihuriraho ibihugu bya Tchad, Niger, Nigeria na Cameroun. Abandi basirikare benshi bo mu […]
Iran irigamba intsinzi nyuma y’aho Amerika ihagaritse “Project Freedom” mu Muhora wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Kabiri nimugoroba yatangaje ko igikorwa cya gisirikare cyo kuyobora amato yaheze mu Kigobe cyâAbarabu akanyura mu Muhora wa Hormuz, kizaba gihagaritswe by’”igihe gito”, ibintu Iran ifata nk’intsinzi. Perezida Trump yavuze ko icyo gikorwa cya gisirikare, cyiswe âProject Freedomâ, cyatangiye ku wa Mbere, kizahagarikwa […]
Tshopo: Abasirikare bishe umushoferi wa taxi nyuma yo kwanga kumwishyura

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 3 Gicurasi, abasirikare babiri ba FARDC bishe umushoferi wa tagisi, mu ishyamba ryegereye Parezi, umudugudu uri ku birometero 148 uvuye i Kisangani, mu gace ka Ubundu mu Ntara ya Tshopo, nyuma yo kutumvikana ku giciro cy’urugendo. Sadam Django w’imyaka 26 y’amavuko basanze yapfuye afite ibikomere by’amasasu mu gatuza, nk’uko byatangajwe […]
Kenya: Abantu bane bafashwe bagerageza kwiba lisansi mu ndege

Mu gihugu cya Kenya abantu bane, abagabo batatu n’umugore umwe, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano bashinjwa kwiba lisansi ikoreshwa mu ndege cyangwa ku Kibuga cy’Indege cya Wilson kiri mu murwa mukuru Nairobi. Ibinyamakuru byo mu hihugu cya Kenya bivugwa ko abakekwa bafashwe bagerageza gusohora litiro 800 za lisansi bayivanye mu ndege yari ihagaze ku Kibuga […]