Zabyaye amahari hagati ya Amerika n’u Bufaransa

8

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zateye utwatsi icyemezo cya Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa cyo kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga. Perezida Macron abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yaraye atangaje ko igihugu cye kigomba kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga mbere y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteganyijwe muri Nzeri uyu mwaka. Ni icyemezo yavuze ko kigomba gufasha akarere k’Uburasirazuba bwo […]

Gen. Muhoozi ntiyishimiye kuba u Rwanda na RDC byarasinyaniye amasezerano i Washington

20250621 203256

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko adashaka ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bijya gushakira igisubizo cy’ibibazo by’umutekano muke wo muri RDC i Washington cyangwa i Doha bisize akarere biherereyemo. Uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, abinyujije ku rubuga rwe rwa X yavuze ko […]

RDC igiye gutangira kuburanisha Kabila ushobora gukatirwa urwo gupfa

BFSWNZQMMJNFHKC7WUBFXMESVI 1

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Nyakanga ruratangira kuburanisha Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu. Kabila aregwa na Leta ya Kinshasa ibyaha bikomeye birimo “ubugambanyi, ibyaha by’intambara, ibyibasiye inyoko muntu ndetse no kujya mu mutwe ugambiriye gukuraho ubutegetsi.” Ni ibyaha uyu munyapolitiki […]

Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma nshya irimo amaraso mashya

6d1a0662 b7c44 1

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nyakanga, yashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta n’abandi Bayobozi Bakuru. Guverinoma yashyizweho igizwe n’Abaminisitiri 21, barimo babiri bashya. Aba barimo Dominique Habimana wagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye kuri izi nshingano Dr Mugenzi Patrice wari uzirimo kuva mu Kwakira 2024. Barimo kandi Dr. Bernadette […]

U Rwanda na RDC bahuriye mu nama yo mu rwego rwo hejuru

U Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), kuri uyu wa Kane bahuriye mu nama yo mu rwego rwo hejuru yigaga ku gucyura impunzi. Ni inama yabereye i Addis-Abeba muri Ethiopie. Ku ruhande rw’u Rwanda iyi nama yitabiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda i Addis-Abeba, Maj. Gen (Rtd) Charles Karamba, […]

Muhizi wari umaze imyaka 3 afunzwe azira kubeshya Perezida Kagame yagizwe umwere

muhizi anatole amaze amezi arenga atanu afungiye muri gereza ya muhanga 88220

Urugereko rw’Urukiko Rukuru ruherereye mu karere ka Nyanza, rwagize umwere Muhizi Anatole wari waratawe muri yombi azira ibyafashwe nko kubeshya Perezida Paul Kagame. Muhizi yamenyekanye muri Kanama 2022 ubwo yaregeraga Perezida Paul Kagame Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ayishinja gufatira inzu ye. Icyo gihe Umukuru w’Igihugu ubwo yari yasuye abaturage bo mu karere ka Nyamasheke, […]

Gasabo: Hafashwe 7 bakekwaho kwiba mu ngo z’abaturage

20250724 121423

Polisi y’Igihugu ikorera mu karere ka Gasabo, kuri uyu wa Kane yafashe abasore barindwi bakurikiranweho ubujura bwo kwiba abaturage mu ngo bakabatwara bimwe mu bikoresho byo mu nzu. Abafashwe bafatiwe mu murenge ya Ndera na Rutunga. Amakuru atangwa n’Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire, avuga ko muri barindwi bafashwe harimo batatu […]

Simba SC irifuza gutanga za miliyoni kuri Kapiteni wa APR FC 

20250724 115513

Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga ko ikipe ya Simba Sports Club yo muri iki gihugu ikomeje kwifuza myugariro Niyomugabo Jean Claude wa APR FC ndetse n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi.’ Simba irifuza ko Claude usanzwe ari Kapiteni wa APR FC yajya gusimbura myugariro w’ibumoso, Mohammed Hussein baherutse gutandukana. Umunyamakuru Hans Rafael wa Crown Media, ari mu bemeje […]

Isezerano rya Dr. Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe kuri Perezida Kagame

20250723 201100

Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda, yashimiye Perezida Paul Kagame wamuhaye ziriya nshingano, yizeza ko azamukorera akanakorera igihugu mu bwitange no kwicisha bugufi. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga ni bwo Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Dr. Nsengiyumva wari usanzwe ari Visi-Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yagizwe […]

Perezida Kagame yakuye Dr. Édouard Ngirente ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe 

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, yakuye Dr. Édouard Ngirente ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe amusimbuza Dr. Nsengiyumva Justin. Dr. Ngirente yari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda kuva muri 2017, ubwo yasimburaga kuri izo nshingano Anastase Murekezi. Dr. Nsengiyumva Justin ni we wamusimbuye nk’uko Guverinoma y’u Rwanda yabitangaje ku rubuga rwayo […]

U Rwanda na Algérie byinjiye mu bufatanye bwa gisirikare

20250723 200326

U Rwanda na Algérie kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare. Ku ruhande rw’u Rwanda amasezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda uri kugirira uruzinduko rw’akazi muri Algérie. Ku ruhande rwa kiriya gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika rwo amasezerano yashyizweho umukono n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zacyo, Gén. […]

Ethiopia yanyomoje Trump 

donald trump 1 gty gmh 25

Umwe mu bayobozi ba Ethiopia yanyomoje Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gutangaza ko igihugu cye cyateye inkunga umushinga wo kubaka urugomero kiriya gihugu cyubatse ku ruzi rwa Nili. Mu cyumweru gishize Trump yatangaje ko ruriya rugomero “ahanini rwubatswe n’amafaranga ya Amerika.” Urugomero rwa Grand Ethiopian Renaissance Dam (Gerd), ni […]

M23 yaramukiye mu mirwano ikaze na FDLR

m23

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, waramukiye mu mirwano ikomeye yawusakiranyije n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR-FOCA. Amakuru avuga ko M23 yaramutse igaba ibitero ku birindiro by’uriya mutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu bice bya Kazaroho na Kakono, mu burengerazuba bwa Chefferie ya Bwisha hafi ya Parike ya Virunga; muri Teritwari ya […]

Kigali: Utubari dusaga 200 twafatiwe ibihano

fu9o8mjaqae3 ek 6c383

Utubari 206 two mu mujyi wa Kigali twaciwe amande utundi turafungwa, nyuma yo gusanga tutubahiriza amabwiriza areba inzego zitanga serivisi zo kwakira abantu ndetse no kwidagadura. Turiya tubari twafatiwe ibihano amande nyuma y’igenzura ryakozwe na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali. Ni igenzura ryakozwe hagati y’itariki ya 19 n’iya 20 Nyakanga, rikorerwa mu […]

M23 yigaruriye uduce dushya nyuma yo kuva ku meza y’ibiganiro i Doha

AA 29820755 scaled 1

Amakuru aturuka i Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko umutwe wa M23 wigaruriye uduce dushya two muri Teritwari, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC. Uduce ingabo za M23 zigaruriye kuri uyu wa Kabiri turimo Luke na Gatobotobo two muri Groupement ya Nyamaboko ya mbere, Teritwari ya Masisi. Ni nyuma yo kutwirukanamo imitwe […]

AFC/M23 na Leta ya Congo bagiye guhana imfungwa zirimo iz’intambara

WhatsApp Image 2025 01 27 at 14.52.44 3a4541c7

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko iteganya guhererekanya imfungwa na AFC/M23, nk’imwe mu ngamba zirema icyizere hagati y’impande zombi. Iyi ni imwe mu ngingo zikubiye mu nyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro impande zombi ziheruka gushyiriraho umukono i Doha muri Qatar. Iyi ngingo kandi iri mu bintu umunani AFC/M23 yasabye Leta […]

Green Party yihaye intego yo kwinjira muri Guverinoma

20250722 113358

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, ryihaye intego y’uko nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2029 rizakora ibishoboka byose rikinjira mu nzego zose, zirimo na Guverinoma. Ryabitangaje mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo mu karere ka Musanze haberaga inama y’Inteko Rusange ya ririya shyaka ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru. Ni inama kandi yasize Green Party […]

Amerika yasabye abaturage bayo kwirinda Rubavu na Rusizi

2025 01 29t095648z 379330496 rc2kjcabxf3t rtrmadp 3 congo security

Leta Zunze Ubumwe Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kwirinda gukorera ingendo mu turere tw’u Rwanda duhana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubera ko hari ibyago by’uko imirwano ishobora kwaduka hafi yatwo. Amerika mu itangazo riburira abaturage bayo (Travel Advisory) yasohoye ku wa 16 Nyakanga, yagaragaje ko yashyize Rubavu na Rusizi ku rwego […]

RDB yafunze Château Le Marara 

20250715 131044 2

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo ibikorwa bya hoteli Château Le Marara, nyuma yo kuyishinja kutubahiriza amategeko agenga ubukerugendo mu Rwanda. RDB yemeje ko yafunze by’agateganyo iyi hoteli iherereye mu karere ka Karongi, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Nyakanga 2025. Uru rwego rwavuze ko rwahagaritse ibikorwa bya Château […]

Imfura ya Gen. Muhoozi yateye ikirenge mu cye

GridArt 20250721 182453027

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko imfura ye Ruhamya Kainerugaba yateye ikirenge mu cye na we yinjira mu ngabo za Uganda. Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yatangaje ko Ruhamya nyuma yo kwinjira muri UPDF yahawe ipeti rya Private rito kurusha andi. Ati: “Nejejwe cyane no gutangaza ko nyuma y’imyaka […]

Ngaboyisonga Patrick mu basifuzi 5 batsinzwe ‘Test’ ya FIFA

Ngaboyisonga Patrick uri mu basifuzi basifura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, kuri uyu wa Mbere yatsinzwe ‘Test’ (isuzuma) yari yateguwe n’Impuzamashyirahamwe ya ruhago ku Isi (FIFA). Ni Test y’imbaraga yabereye muri Stade Amahoro i Remera, iyoborwa na ‘instructeur’ wa FIFA ukomoka muri Malawi. Iri suzuma ryakozwe mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2025/2026 mu Rwanda […]

Leta ya Tshisekedi imaze kwica kabiri ibyo twumvikaniye i Doha: AFC/M23

ad564a80 efb4 11ef a319 fb4e7360c4ec.jpg 1

Nyuma y’amasaha 48 Leta ya RDC na AFC/M23 basinye ku nyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro ndetse no guhagarika intambara, M23 irashinja Leta kuba yatangiye kwica ibyemeranyirijwe i Doha. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, mu kiganiro yagiranye na Kivu Morning Post yavuze ko kuva ariya masezerano yasinywa Kinshasa imaze kwica ibintu bibiri bikomeye biri […]

Umudipolomate wa RDC yafatanwe ibiro birenga 200 bya Cocaine

img 20250721 wa0000

Inzego zishinzwe gucunga imipaka muri Bulgaria ku Cyumweru tariki ya 20 Nyakanga, zatangaje ko zafashe abantu batatu barimo umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagerageza kwinjiza muri kiriya gihugu ibiro birenga 200 by’ikiyobyabwenge cya Cocaine. Aba bashwe tariki 18 Nyakanga 2025, ku mupaka uhuza Bulgaria na Turkiya nk’uko byatangajwe n’ikigo gishinzwe gasutamo ndetse ubushinjacyaha […]

U Rwanda mu bihugu bya Afurika bitunze drones kabuhariwe z’intambara

20250721 075608

Raporo ya Observatoire des Conflits Futurs, yashyize u Rwanda mu bihugu birenga 20 bya Afurika bitunze drones (indege nto zitagira abapilote) kabuhariwe z’intambara. Observatoire des Conflits Futurs ni gahunda y’Abafaransa igamije guha ingabo z’ibihugu bitandukanye ubusesenguzi bwigenga kandi burimo ubuzobere ku bijyanye n’imihindagurikire y’amakimbirane kugeza byibura mu mwaka wa 2040. Ikorwa n’urugaga rugizwe n’Umuryango witwa […]

Icyo u Rwanda ruvuga ku ntambwe AFC/M23 na RDC byateye

nduhungirehe j 98481

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry’inyandiko y’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro ihuriro AFC/M23 ryasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga ni bwo inyandiko y’ariya mahame yasinyiwe i Doha , nyuma y’ibiganiro impande zombi zari zimaze amezi atatu zigirana muri uriya murwa mukuru wa Qatar. […]

Capitaine Traoré yakuyeho Komisiyo y’Amatora mu gihugu cye

55202582004 j4eq27t2gb ibrahim troare

Perezida wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré, yasheshe Komisiyo y’Amatora mu gihugu cye avuga ko kuba yari iriho byari “gupfusha ubusa amafaranga y’igihugu”. Televiziyo ya Leta ya Burkina Faso (RTB), yatangaje ko Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Burkina Faso ari yo izajya itegura amatora mu bihe biri imbere. Traoré ayobora Burkina Faso kuva muri 2022 ubwo […]

M23 yanyomoje Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura

000 42N23G2

Umutwe wa M23 wabeshyuje Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ugomba kuvana ingabo zawo mu bice byo mu burasirazuba bwa RDC ugenzura. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo uriya mutwe na RDC byashyize umukono ku nyandiko y’amasezerano agena “amahame y’ibanze”, mbere y’uko impande zombi zisinyana amasezerano y’amahoro. Nyuma y’uko ariya iriya nyandiko […]

M23 na RDC byateye intambwe igana ku guhagarika intambara

20250719 113923

Ihuriro AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu byashyize umukono ku masezerano agena “amahame y’ibanze”, mu rwego rwo gushyira iherezo ku ntambara impande zombi zimaze imyaka irenga itatu zirwanamo. Umuhango wo gushyira umukono ku nyandiko y’ariya masezerano wayobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Dr. Mohammed […]

RDC na AFC/M23 birasinyana imbanzirizamasezerano yo kurangiza intambara

70162

Ihuriro AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu byitezwe ko basinyana amasezerano agena “amahame y’ibanze” mu rwego rwo gushyira iherezo ku ntambara impande zombi zimaze imyaka irenga itatu zirwanamo. Ni amasezerano aza gushyirirwaho umukono i Doha muri Qatar, aho impande zombi zimaze igihe ziganirira ku buhuza bwa buriya bwami. […]

Perezida Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru wa RMB

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Nyakanga,  yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Gaz na Peteroli (RMB). Itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr. Édouard Ngirente yasohoye mu cyimbo cy’Umukuru w’Igihugu ni ryo ryemeza ko Uwase yahawe ziriya nshingano. Uwase wari usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RMB, yasimbuye Kamanzi Francis […]

Gen. Muhoozi yise Bobi Wine Umurundi

Bobi Wine Gen. Muhoozi Kainerugaba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine atari umunya-Uganda, ko ahubwo ari Umurundi. Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yise Kyagulanyi uyoboye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa se umunyamahanga mu butumwa aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Kabobi (nk’uko […]

Igikombe cy’Amahoro cyo wenda twagitwara, ariko icya shampiyona ntitubibona: KNC

arton163842 43858

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkukiza Charles, yemeye ko ikipe ye nta bushobozi ifite ubwo kuba yatwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda. KNC yabitangarije Radio & TV10, mu kiganiro aheruka kugirana n’iki gitangazamakuru. Muri iki kiganiro ubwo uyu mugabo yari abajijwe gusobanura uko umwaka ushize w’imikino wabagendekeye, yavuze ko ari umwaka w’imikino bishimiye uko wagenze […]

RDC yahamagaje Ambasaderi wa Uganda

3d71feda a8f9 4902 8749 b8f597c16ba8 768x488 1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Wagner Kayikwamba, yahamagaje Ambasaderi wa Uganda i Kinshasa kugira ngo asobanure impamvu igihugu cye cyafunguye imipaka igihuza n’ibice bya Uganda bigenzurwa na M23. Ku wa 10 Nyakanga ni bwo Uganda yafunguye imipaka irimo uwa Bunagana n’uwa Ishasha, nyuma y’itegeko ryatanzwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. […]

Undi Jenerali wakoranaga bya hafi na Tshisekedi yatawe muri yombi

20250718 80543

Lieutenant-Général Franck Ntumba ukuriye ibikorwa bya gisirikare mu biro bya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko afunzwe. Amakuru avuga ko ku wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ari bwo uyu Jenerali yatawe muri yombi, mbere yo guhatwa ibibazo n’Inama Ishinzwe Umutekano w’Igihugu muri RDC […]

Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriwe kwa Ruto

20250717 181056

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, kuri uyu wa Kane yakiriwe anagirana ibiganiro na Perezida William Ruto wa Kenya. Kabarebe ubwo yakirwaga muri Perezidansi ya Kenya yari aherekejwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu, Ernest Rwamucyo. Perezida Ruto abinyujije ku rubuga rwe rwa X rwahoze rwitwa […]

Ndayishimiye yahawe imirimo na Perezida João Lourenço

20250717 180057

Perezida João Lourenço wa Angola muri iki gihe uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), yagize mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi intumwa ye yihariye mu karere ka Sahel. AU mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Nyakanga, yavuze ko Ndayishimiye azayobora “imbaraga za dipolomasi zo mu rwego rwo hejuru ndetse n’ingufu […]

Katumbi yasabye Tshisekedi kwisubira, akareka imikoranire n’amakipe arimo FC Barcelona 

Umunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye za miliyoni z’amadorali Leta y’iki gihugu ikomeje gushora mu makipe yo ku mugabane w’u Burayi, avuga ko ari igitutsi ku banye-Congo basanzwe babayeho mu buzima bubi. Kinshasa biciye muri Minisiteri ya Siporo ndetse n’iy’Ubukerarugendo, yasinyanye amasezerano y’imikoranire n’amakipe ya AS Monaco yo […]

Isezerano rya Gatabazi kuri Perezida Kagame wongeye kumugirira icyizere

2 ec1a2293 2 4c964

Gatabazi Jean Marie Vianney wigeze kuba Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, yahaye Perezida Paul Kagame isezerano ry’uko azakorana ubunyangamugayo n’ubwitange inshingano nshya yongeye kumuha. Ku wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ni bwo Gatabazi wari umaze imyaka ibiri ntacyo ashinzwe mu mirimo ya Leta yongeye kugirirwa icyizere, agirwa umwe muri ba Komiseri ba Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Gusezerera […]

Inama y’Abaminisitiri yahaye umugisha amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC

marco rubio 1 ap gmh 250627 1751053261251 hpMain 1

Inama y’Abaminisitiri yateranye ejo ku wa Gatatatu tariki ya 16 Nyakanga iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’amahoro u Rwanda ruheruka gusinyana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa 27 Kamena ni bwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe na mugenzi we Thérèse Wagner Kayikwamba wa RDC, bashyize […]

Gatabazi na Maj. Gen (Rtd) Nziza mu bongeye guhabwa imirimo mishya

GridArt 20250716 215205736

Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza wahoze mu ngabo z’u Rwanda, bahawe imirimo mishya. Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ni yo yabahaye imirimo. Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ryasohowe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Édouard Ngirente, ryerekana ko […]

Gen. Muhoozi yaciye amarenga y’uko UPDF ishobora kwinjira mu ntambara ya Uvira

20250716 191824

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko UPDF yiteguye kwagura uduce ikoreramo ibikorwa byayo mu gihe intamabara yaba igeze mu mujyi wa Uvira. Uyu Jenerali usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni yabitangarije mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Imirwano niramuka yadutse mu bice bikikije Uvira muri […]

Thomas Lubanga yemeje ko ashyigikiye kuba AFC/M23 yahirika ubutegetsi bwa Tshisekedi

20250716 184115

Umunye-Congo Thomas Lubanga wigeze gufungirwa muri gereza y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) rw’i La Haye mu Buholandi, yatangaje ko we n’umutwe we witwaje intwaro bashyigikiye ko ihuriro AFC/M23 rihirika ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi wa RDC. Lubanga yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga, mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye i Kampala muri Uganda. Ni ikiganiro […]

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Maréchal Mahamat Idriss Déby

20250716 161425

Perezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda ari i Nd’jamena mu murwa mukuru wa Tchad kuva ku wa Kabiri tariki ya 15 Nyakanga. Ubwo yakirwaga na Perezida […]

Ishyaka rya Tshisekedi ryemeje ko Gén. Tshiwewe yari yateguye kumwica

f82q0ovxuaaf7st 02f43 1

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka UDPS riri ku butegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Kabuya, yashinje Gén. Christian Tshiwewe Songesa wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za kiriya gihugu gutegura umugambi wo gushaka kwica Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Kabuya yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 15 Nyakanga, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Kinshasa. Kuva mu Cyumweru […]

Château Le Marara yasubije abayishinje kubaha Serivisi mbi

20250715 131044 1

Ubuyobozi bwa Hoteli Château Le Marara bwahakanye ibyo gutanga serivisi mbi bwashinjwe, buvuga ko ababushyize mu majwi babikoze nk’uburyo bwo kugira ngo batishyura arenga Frw miliyoni 5 basigayemo iriya hoteli.  Iyi hoteli iherereye mu karere ka Karongi imaze iminsi ibiri yarahindutse igitaramo ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko abatashye ubukwe bwa Hajji Musemakweli na Uwera Bonnette […]

FARDC irashinja M23 kuyigabaho uruhererekane rw’ibitero by’uruhurirane

9fa6f128 190d 4e23 941c def54699b5eb 768x432 1

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu wa Kabiri cyamaganye cyivuye inyuma ibyo cyise uruhererekane rw’ibitero by’uruhurirane kivuga ko inyeshyamba za M23 zagabye ku birindiro by’ingabo zacyo. Umuvugizi wa Zone ya gatatu y’Ingabo za RDC, Major Nestor Mavudisa, mu itangazo yasohoye yavuze ko M23 yagabye ibitero bikurikiranye ku birindiro by’ingabo za Leta […]

M23 irashinja FARDC kwica abaturage bayo 4

kanyuka lw 3b911

Umutwe wa AFC/M23 washinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwica abantu bane bo mu bawugize, ibyo wagaragaje nko kugambirira intambara nyamara impande zombi ziri mu biganiro. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bariya bantu ingabo za Leta ya RDC zabiciye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ati: “Ku wa 12 Nyakanga 2025, izi […]

Hoteli Château le Marara yabaye iciro ry’imigani nyuma yo guha abageni serivisi mbi

20250715 131044

Abanyarwanda batandukanye bakoresha imbuga nkoranyambaga, bakomeje kunenga hoteli Château le Marara iherereye mu karere ka Karongi, nyuma y’uko hari abayikoreyemo ubukwe bagahabwa serivisi mbi. Hagati y’itariki ya 3 n’iya 5 Nyakanga ni bwo iriya Hoteli yakiriye ibirori by’ubukwe bwa Hajj. Musemakweri usanzwe ari umunyemari akanaba umuhungu w’umuherwe Hadji Mudaheranwa na Uwera Bonnette [Bonnette Queen]. Ku […]

AFC/M23 yababajwe na Minisitiri wa RDC wise abayigize ‘abarwayi bo mu mutwe’

m23 48 afb87 1 1

Umutwe wa M23 wagaragaje ko wababajwe na Minisitiri w’Ubuzima wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wise abawugize ‘abarwayi bo mu mutwe’. Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga ni bwo Minisitiri Dr. Samuel Roger Kamba yumvikanye yita AFC/M23 “abarwayi bo mu mutwe bagenzura ibice [bya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo]”, ubwo yari […]

Ingabire ushinzwe ubwubatsi muri Kigali arafunzwe 

rib 6 323af

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze Ingabire Clement usanzwe umukozi ushinzwe ibikorwa by’ubwubatsi (Senior Civil Engineer) mu Mujyi wa Kigali. Uru rwego mu butumwa rwanyujije ku rubuga rwarwo rwa X, rwavuze ko Ingabire akurikiranweho “ibyaha bifitanye isano na ruswa, birimo kudasobanura inkomoko y’umutungo ndetse n’iyezandonke hashingiwe ku iperereza yari amaze iminsi akorwaho.” Ukekwaho ubu […]

Nyamasheke: Babiri barasiwe muri Nyungwe

imbunda 10 3

Abantu babiri barasiwe mu gice cy’ishyamba cya Nyungwe giherereye mu kagari ka Ntendezi, umurenge wa Ruharambuga ho mu karere ka Nyamasheke, umwe muri bo arapfa undi arakomereka. Polisi y’u Rwanda yasobanuye ko bariya babiri barashwe bari mu babarirwa muri 15 bari bagiye muri Nyungwe bitwaje imbwa n’intwaro gakondo, bigakekwa ko bari bagiye gucukura amabuye y’agaciro […]

Uganda: Abafite imitima yoroshye basabwe kudapimisha DNA

DNATest.Dreamstime 1024x538 1024x538 1

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Uganda yagiriye inama abaturage b’iki gihugu yo kudakoresha ibizamini bya DNA, ngo kuko bisaba umutima ikomeye. Umuvugizi w’iyi Minisiteri Simon Mundeyi, yabwiye itangazamakuru ko muri Uganda hari ubwiyongere bukabije bw’abakoresha biriya bizamini mu rwego rwo kumenya isano iri hagati y’abana n’ababyeyi. Yavuze ko nko mu minsi itatu ishize Ikigo gikorerwamo ibizamini […]

Amerika yateguje RDC n’u Rwanda ibihano

marco rubio 1 ap gmh 250627 1751053261251 hpMain

Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lucy Tamlyn, yatangaje ko urugendo rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyanye rwamaze gutangira. Aya masezerano agamije gushyira iherezo ku makimbirane yo mu burasirazuba bwa RDC, yasinywe mu mpera z’ukwezi gushize ku buhuza bwa […]

Trump yavuze umukinnyi wa ruhago afata nk’uwibihe byose

20250714 062051

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunya-Brésil Pelé ari we afata nk’umukinnyi w’ibihe byose w’umupira w’amaguru. Trump yabitangaje nyuma y’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’ama-Clubs Chelsea yo mu Bwongereza yaraye yegukanye, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa ibitego 3-0. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe […]

Perezida ushaje kurusha abandi ku Isi agiye kwiyamamariza manda ya 8

jad20250611 cameroun presidentielle paul biya candidature malgre fronde

Perezida Paul Biya wa Cameroun, yatangaje ko agiye kongera kwiyamamariza kuyobora igihugu cye muri manda ya munani. Biya w’imyaka 92 y’amavuko, ni we Perezida ushaje kurusha abandi ku Isi. Uyu mukambwe umaze imyaka 43 ayobora Cameroun, yemeje ko azongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ukwakira […]

Buhari wabaye Perezida wa Nigeria yapfuye

President Muhammadu Buhari 1

Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria, yapfuye kuri iki Cyumweru ku myaka 82 y’amavuko. Buhari wayoboye Nigeria hagati ya 2015 na 2023, yaguye mu ivuriro ry’i Londres mu Bwongereza aho yarimo kuvurirwa. Muri 2015 ubwo yatorerwaga kuyobora Nigeria yatsinze mu matora Good luck Jonathan wari Perezida wa kiriya gihugu, gusa icyo nyuma yo gutora […]

Minisitiri Lavrov w’u Burusiya yakiriwe na Kim Jong-un 

20250712 162927

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jon-un, kuri uyu wa Gatandatu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov uri kugirira uruzinduko rw’akazi mu gihugu cye. Kim na Lavrov bahuriye mu mujyi wa Wonsan, nk’uko Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yabitangaje. Ifoto iyi Minisiteri yashyize ku rubuga rwayo rwa X yerekana bariya bagabo bombi barimo […]

Gen. Kagame yifatanyije na PLA kwizihiza imyaka 98 imaze ibayeho

20250712 154550

Ku wa Gatanu tariki ya 11 Nyakanga 2025, ku cyicaro cya Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 98 Igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) kimaze gishinzwe. Ni umuhango wayobowe na Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, GAO Wenqi wari kumwe n’umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Bushinwa i Kigali, Senior Captain (Navy) LI […]

Sobanukirwa byinshi ku kuba ‘Mukagatare’ n’uko wabyigobotora

20250712 135103

Kumagatana mu gitsina abenshi bakunze kwita ‘kuba Mukagatare’, ni ikibazo gikunze kuba ku bagore n’abakobwa mu buzima bwabo, ku buryo abenshi kinabatera ipfunwe. Icyakora n’ubwo hari abibeshyko ibi bidakira, iki ni ikibazo gishobora gukira iyo ubikurikiranye ndetse ugakoresha neza inama n’imiti uhawe. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibiranga kuba mukagatare, ikibitera ndetse n’uko bivurwa. […]