RDC:Urukiko rurinda Itegekonshinga rwemeje ko Tshisekedi ari we Perezida bidasubirwaho

Bidasubirwaho muri DR.Congo, Urukiko rushinzwe kurengera Itegekonshinga rwatangaje ko Felix Tshisekedi ariwe Perezida w’iki gihugu. Ni amakuru yatangajwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 09 Mutarama 2024.Ni mu gihe abari bahatanye na Tshisekedi basabaga ko amatora yasubirwamo kuko ngo amajwi yibwe. Tariki ya 31, Komisiyo yigenga yari yatangaje amajwi y’amatora ya gateganyo maze […]

Rubavu: Abaturiye umupaka wa RDC basabwe kuba abanyamakenga

Abaturage bo mu mirenge y’akarere ka Rubavu ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe kugira amakenga mu rwego rwo kwirinda ko hari icyaturuka hakurya kikaba cyabahungabanyiriza umutekano. Babisabwe n’ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba, ubwo kuri uyu wa Kabiri bwaganirizaga abatuye mu mirenge ya Cyanzarwe, Bugeshi na Busasamana yose ihana imbibi na RDC. Ni RDC by’umwihariko […]

Loni ifite intego y’uko impanuka zigomba kugabanukaho 50% bitarenze muri 2030

Raporo y’umuryango w’abibumbye ishami ryita ku buzima(OMS), iragaragaza ko mu 2030, impanuka zizaba zagabanutse nibura kugera kuri 50%.Ni mu gihe hasohotse raporo ivuga ko u Rwanda rwaje mu bihugu bitandatu bya mbere mu kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda. Muri iyo raporo OMS yerekana ko ibihugu bitandatu birimo n’u Rwanda, byafashe ingamba ku ngingo […]

Umuraperi yafunzwe azira kwambika igitsina cye isogisi mu ruhame akereka abafana

Umuhanzi w’Uburusiya witwa yafunzwe azira kugaragara imbere y’abari bitabiriye igitaramo nta kindi yambaye uretse isogisi ku gitsina cye.Ni ibirori byari byabereye i Moscou. Uyu muraperi witwa Maxim Tesli, yafashwe amashusho arimo yambika igitsina cye isogisi yereka abafana.Hari ibinyamakuru byanditse ko yarimo yamamaza ubutinganyi. Ibitangazamakuru byo mu Burusiya byatangaje ko uyu muraperi yakatiwe iminsi 15 y’iminsi […]

Perezida Vladimir Putin ategerejwe mu Burundi

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya arateganya kugirira ruzinduko muri Afurika ruzasiga asuye ibihugu bya Guinée-Equatoriale n’u Burundi. Ni uruzinduko Perezida Putin ateganya gukora muri uyu mwaka wa 2024, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Sputnik Africa byo mu Burusiya. Putin agiye gusura u Burundi nyuma y’ubutumire yahawe na mugenzi we Evariste Ndayishimiye mu mwaka ushize wari mu […]

Umufasha wa Gen.Mubarak Muganga yasubije abavuze ko yahunze u Rwanda

Umufasha wa General Mubarak Muganga yanyomoje amakuru yacaracaraga ku mbuga nkoranyambaga za bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda yavugaga ko yahunze igihugu akajya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Arizona. Ni amakuru uyu mubyeyi yanyomoje avuga ko abavuze ibi baba bashaka amaramuko n’indonke ku mbuga nkoranyambaga banagamije gusebya igihugu, ibintu yagereranyije no kuba baba […]

Mané wavuzwe mu rukundo n’umunyarwandakazi yarongoye mu ibanga

Umunya-Sénégal Sadio Mané wigeze kuvugwa mu rukundo n’Umunyarwandakazi Kate Bashabe, yakoze ubukwe mu ibanga. Ku Cyumweru tariki ya 7 Mutarama ni bwo amakuru y’uko Mané yakoze ubukwe na Aisha Tamba bakundanye kuva mu bwana yatangiye gucicikana. Ubukwe bwabo bwabereye i Dakar muri Sénégal ariko mu ibanga rikomeye. Aisha Tamba uriya rutahizamu wa Al Nassr yo […]

RDC:Abaturage baraye bahangana n’igisirikare cyagoteye Moise Katumbi mu rugo iwe

Abaturage batuye mu gace Moise Katumbi atuyemo, baraye bahanganye n’igisirikare cyaraye kigose urugo rwa Moise Katumbi. Ni Abaturage batuye mu Mujyi wa Lubumbashi, mu Ntara ya haut-Katanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Mbere baraye bateraniye ku rugo rw’uyu munyepolitike bashakaga kumutabara ngo hatagira isanganya rimubaho nyuma y’uko yari yagoswe n’igisirikare. […]

Tshisekedi yibye amajwi, ntabwo agomba kurahizwa: Uwahoze ari umuyobozi muri Amerika

Herman J. Cohen wahoze ari Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umugabane wa Afurika, yatangaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa RDC adakwiye kurahizwa ngo ayobore Congo muri manda ye ya kabiri “kuko yibye amatora.” Uyu mudipolomate yabitangaje mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ni nyuma yo kwifashisha raporo y’Inama […]

RDC:Wazalendo na FARDC basubiranyemo bararasana batandatu bahasiga ubuzima

Abantu batandatu baguye mu mirwano yabaye hagati y’ingabo za Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘FARDC’ na bamwe mu rubyiruko rwa Wazalendo bo muri commune Mangina iherereye ku birometero 30 uvuye mu mujyi wa Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Congo. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 08 Mutarama […]

Niba umwana wawe akoresha ‘ screens’ mu buryo bukabije azahura n’izi ngaruka

Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Ibyo muri iyo article turi bwite “screens” Zishobora kuba ari izabo cyangwa ari iz’ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ‘healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ‘screens’ rero bishobora kugira ingaruka ku mwana zikurikira, 1. kubangamira imikurire y’ umwana mu bintu […]

Moà¯se Katumbi yafungiwe iwe

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Moà¯se Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu yafungiwe iwe. Ni nyuma y’uko urugo rwe ruherereye ahitwa i Kashobwe mu ntara ya Katanga rugoswe n’”abasirikare ndetse n’abapolisi benshi.” Katumbi kandi bivugwa ko bamubujije gusohoka iwe, nk’uko byanemejwe na Michael Tshibangu usanzwe ari umujyanama we. Uyu mugabo […]

Kenya:Abapolisi baburijemo ibirori by’isabukuru ya Odiga bagiye gufungwa

Umugenzuzi mukuru wa polisi muri Nairobi IG Japhet Koome avuga ko bagiye guta muri yombi itsinda ry’abapolisi bagize uruhare mu kuburizamo ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 79 ya Raila Odinga byari byateguwe kuri iki cyumweru taliki 7 Mutarama 2024. IG Japhet yavuze ko ibikorwa aba bapolisi bakoresheje ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abizihizaga isabukuru […]

Nyabihu:Abasigajwe inyuma n’amateka barahangayitse

Mu karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba,hari abaturage bazwi nk’abasigajwe inyuma n’amateka bahangayikishijwe no kuba abana babo bicwa n’imisonga nyuma y’uko inzu babamo zinjirwamo n’imvura bityo bagasaba ubutabazi. Usibye kuba abana bicwa n’imisonga, ngo hari n’izindi ngaruka bahura nazo ziterwa no kuba mu mazu ashaje cyane yinjirwamo n’imvura ndetse n’imbeho yose. Bigarukwaho by’umwihariko n’abatuye mu […]

Breaking News :Drone yahanuwe mu mirwano yahuje M23 na FARDC&Wazalendo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Masisi ) haravugwa ihanurwa ry’indege itagira abapilote (Drone), mu mirwano yahuje FARDC na M23. Bivugwa ko iyi Drone yahanuwe n’abarwanyi b’umutwe wa M23 ubwo yacaracaraga hejuru y’ikirere cya Nyiragongo.Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu FARDC yari yakoresheje iyi Drone mu kugaba […]

Katumbi yasabye Denis Kadima kwegura nta kuzuyaza

Moà¯se Katumbi Chapwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC, yasabye Denis Kadima uyobora Komisiyo y’amatora muri iki gihugu (CENI) kwegura nyuma y’ubujura bw’amajwi avuga ko bwaranze amatora y’Umukuru w’Igihugu yatsinzwemo na Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Katumbi ni we wabaye uwa kabiri inyuma ya Tshisekedi mu matora yo ku wa 20 Ukuboza, nyuma yo kugira amajwi […]

Umugabo w’imyaka 54 yakoze ubukwe n’umwana w’imyaka ine

Umugabo w’igikwerere wo muri Nigeria yashyingiranywe n’umwana w’umukobwa w’imyaka ine mu rwego rwo kubahiriza imico gakondo bivugwa ko yari igamije kurokora ubuzima bw’uwo mwana. Ababyeyi b’uyu mukobwa bavuze ko ubukwe hagati y’uyu mugabo n’uyu mukobwa w’imyaka 54 ubarizwa mu muryango wa Bayelsa ukungahaye kuri peteroli muri Nigeria, ni umuhango gakondo wo kurokora ubuzima bw’umwana. Ubu […]

Intsinzi ya APR FC kuri Yanga yamwenyuje abarimo Minisitiri Munyangaju

Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, yanejejwe n’intsinzi ya APR FC, nyuma yo gutsinda irusha Young Africans ibitego 3-1. Mu ijoro ryacyeye ni bwo APR FC yatsinze iriya kipe ikunzwe kurusha izindi muri Tanzania, igera muri ½ cy’irangiza cy’irushanwa rya Mapinduzi Cup rikomeje kubera mu birwa bya Zanzibar. Young Africans yihariye igice cya mbere cy’umukino […]

Human Right watch yasabye ko hakorwa iperereza ku matora aherutse kuba muri DR Congo

Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu (Human Right Watch), wasabye ko hakorwa iperereza ku matora aherutse kuba muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kuvuga ko bibwe,mu gihe perezida Tshisekedi na komisiyo y’Amatora (CEN) bavuga ko amatora yaciye mu mucyo. Human Right Watch ivuga ko hatagize igikorwa muri Congo ibintu […]

Gicumbi:Bamwe mu borozi bari mu kangaratete gaturutse ku bwambuzi bakorewe

Bamwe mu borozi bo mu karere ka Gicumbi baravuga ko batorohewe n’ubukene batewe na Koperative zicuruza amata zabambuye none umwaka ukaba wihiritse amaso yaraheze mu kirere. Aba borozi bahuriza ku kuba baragemuriye aya makoperative amata, ariko bakaba baranze kubishyura.Amwe muri ayo makoperative atungwa agatoki harimo, iyitwa IAKIB na KORA MWOROZI. KT ivuga ko bamwe bavuga […]

Simba SC yaba yifuza gutanga akayabo kuri Victor Mbaoma

Ikipe ya Simba Sports Club biravugwa ko yashimye rutahizamu Victor Mbaoma Chukwuemeka wa APR FC, ku buryo yifuza kumutangaho akayabo kugira ngo imwegukane. Mbaoma wagowe cyane n’iminsi ye ya mbere muri APR FC kuri ubu ni umwe mu nkingi za mwamba iyi kipe yubakiyeho, dore ko imikino ibanza ya shampiyona yarangiye amaze gutsinda ibitego 12. […]

Gisagara:Imfashanyo zagenewe abatishoboye zihabwa abacuruzi n’abarimu

Bamwe mu batishoboye bo mu Karere ka Gisagara baravuga ko bahura n’akarengane ku mfashanyo bagenerwa kuko ngo aho kugirango bayibone, ihabwa abafite amikoro nk’abarimu n’abacuruzi. Bavuga ko ngo habamo amanyanga kuko ubwo bufasha buhabwa abarimo abarimu, abacuruzi n’abamotari abandi bagasabwa kubanza guhinga mu mirima y’abayobozi. Ubufasha butungwa agatoki, ni amafaranga ahabwa abagore n’abakobwa batwite, abageze […]

Wasac yirukanye umushoferi wayishinjaga kumuhemba Frw 11,000

img-20240106-wa0015.jpg

Ikigo Wasac Group gishinzwe gukwirakwiza amazi, cyirukanye Murwanashyaka Eric wari umushoferi wacyo nyuma y’igihe atakamba avuga ko amezi ahembwa abarirwa muri Frw 11,000 ku kwezi. Ku wa Kane tariki ya 4 Mutarama ni bwo WASAC yirukanye Murwanashyaka, nk’uko ibaruwa iki kigo cyamwandikiye BWIZA yaboneye kopi ibivuga. Uyu mushoferi yirukanwe mu gihe yari amaze igihe asabwe […]

P. Kagame yatowe nka Perezida mwiza kurusha abandi muri Afurika

Perezida Paul Kagame yatowe nka Perezida mwiza kurusha abandi muri Afurika, nyuma yo gutsinda itora yari ahanganyemo na bagenzi be. Ni itora Perezida Kagame yatsinze nyuma y’ikusanyabitekerezo (Poll) ikinyamakuru The Kenyans cyo muri Kenya cyakoze cyifashishije urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter. Iki kinyamakuru gisanzwe gikurikirwa kuri uru rubuga n’abarenga 1,600,000. Itora ryitabiriwe n’abantu 9,645 […]

Major Gen Peter Cirimwami arashinjwa kuba ikiraro gihuza Ingabo z’u Burundi na FDLR

Raporo ya Loni iherutse gusohora mu mpera z’Ukuboza iravuga ko Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yagize uruhare mu kuvanga ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR . Uyu Guverineri mu rwego rwa ‘Etat désiège,’ nkuko byashyizweho n’u mukuru w’igihugu Félix Tshisekedi, Loni yamushyize mu majwi ko ariwe wakoreshejwe n’ubuyobozi bwa DR […]

Amerika yamaganye Perezida Ndayishimiye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zanenze Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, nyuma yo gutangaza ko abatinganyi bakwiye kujya bahurizwa muri Stade bagaterwa amabuye. Mu kwezi gushize ni bwo Perezida Ndayishimiye waganiraga n’abanyamakuru yatanze iki cyifuzo. Icyo gihe yavuze ko muri Bibiliya harimo urugero ruvuga uko Imana yarimbuye Sodoma na Gomora kubera ubutinganyi bwahabaga, mbere yo […]

Intwaro ‘karahabutaka’ Gen Mubarakh Muganga aherutse gusura ni bwoko ki?

Ku wa Gatatu tariki ya 3 Mutarama 2024, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga yasuye Ikigo cya Pakistan gishinzwe guteza imbere ibikoresho by’ubwirinzi byoherezwa mu mahanga (DEPO), yerekwa bimwe mu bikoresha bya gisirikare birimo intwaro kiriya gihugu gisanzwe gikora. Ni mu ruzinduko rw’akazi Gen Muganga n’itsinda yari ayoboye bagiriraga muri kiriya gihugu cyo […]

Masisi-Shanga:Abaturage barimo guhungira muri Sud Kivu kubera Wazalendo zasubiranyemo

Abaturage bo mu midugudu ine yo mu duce twa Mufuni / Shanga, muri teritwari ya Masisi (Amajyaruguru ya Kivu) barimo guhunga umusubirizo bahunga imirwano ikomeje guhuza imitwe ibiri ya Wazalendo. Nk’uko amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Congo avuga, by’umwihariko ayatangajwe na Mediacongo, ngo aba bantu bimuwe berekeje i Kalehe muri Kivu y’Epfo. Amakuru amwe avuga […]

RDC: Abarenga 80 biyamamarizaga kuba abadepite amajwi yabo yagizwe impfabusa

Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), yagize impfabusa amajwi y’abakandida 82 biyamamarizaga kuba abadepite nyuma yo kubashinja ibyaha birimo ubujura bw’amajwi. CENI yemeje ko yagize impfabusa amajwi y’aba bakandida mu itangazo ryayo ryasomewe kuri Radiyo na Televiziyo bya RDC (RTNC) mu ijoro ryacyeye. Usibye ubujura bw’amajwi, abo amajwi yabo yagizwe impfabusa banashinjwa […]

Mu 2022 Abangavu ibihumbi 98 basanzwemo virusi itera Sida

Ubushakashatsi bwa Loni bwasohoye raporo nshya yagaragaje ko abangavu ibihumbi 98 basanzwemo virusi itera Sida mu 2022. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) niyo yagaragaje iyi mibare aho yavuze ko iyi mibare ishobora kuzamuka no mu myaka ikurikiyeho mu gihe nta cyaba gikozwe. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko hagendewe ku mico y’ibihugu bitandukanye by’umwihariko ibya […]

U Rwanda rwanyomoje ibyo kuganira na Israel ngo rwakire impunzi zo muri Gaza

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta biganiro ibyo ari byo byose iri kugirana na Israel bigamije kwakira abanya-Palestine bahunze intanbara ikomeje gusakiranya Israel na Hamas mu ntara ya Gaza. Ni nyuma y’amakuru aheruka gutangazwa n’Ibiro Ntaramakuru Zman Yisrael byo muri Israel by’uko Guverinoma y’iki gihugu yaba iri mu biganiro n’ibihugu birimo u Rwanda ngo bibe […]

Zambia:Cholera yatumye ibigo byose by’amashuri bitazafungurwa kugeza nyuma y’ibyumweru bitatu

Amashuri yo muri Zambiya azakomeza gufungwa ibyumweru bitatu byiyongera ku kiruhuko cy’iminsi mikuru, biturutse ku cyorezo cya Cholera. Kuri uyu wa kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye, biteganijwe ko bazagaruka taliki ya 29 Mutarama bitewe n’icyorezo gikomeje gufata indi ntera muri iki gihugu. Ku cyumweru, Minisiteri y’ubuzima muri Zambia yatangaje […]

Pastor Zigirinshuti wa ADEPR aherutse kuraswaho urufaya rw’amasasu ararusimbuka

Pasteri Zigirinshuti Micheal ubarizwa mu Itorero rya ADEPR , aherutse gusimbuka urupfu nyuma yo kuraswaho urufaya rw’amasasu ubwo yari mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Uyu mupasiteri w’ikimenyabose by’umwihariko muri iri torero, yasobanuye uburyo yahagurutse mu Rwanda agiye mu ivugabutumwa hanze yarwo, maze abantu atatangaje umwirondoro wabo, bamutumaho abagizi banabi ngo bamuhitane ariko Imana ikinga ukuboko […]

Congo zombi zigaramye ibyo kwakira abanya-Gaza bahunze intambara ya Israel na Hamas

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Congo-Brazzavile bahakanye amakuru y’uko kimwe muri ibi bihugu byaba biri mu biganiro na Guverinoma ya Israel, mu rwego rwo kwakira abanya-Gaza bahunze intambara y’iki gihugu n’umutwe wa Hamas. Ni nyuma y’uko umwe mu bayobozi bakuru bo muri Guverinoma ya Israel yabwiye Ibiro Ntaramakuru Zman Israel ko ibiganiro hagati ya […]

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko

Umuririmbyi akaba n’umucuranzi Kenny Sol yasezeranye n’uwari umukunzi we Kunda Yvette ubu wabaye umugore we imbere y’amategeko. Aba bombi nyuma yo gusuzuma urukundo rwabo bagasanga rushyitse , bahisemo gutera indi ntabwo iberekeza ku gushinga urugo. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu taliki 5 Mutarama2024, ubera ku Murenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge. Ni […]

Musanze:Hari abahinzi b’ibirayi barimo kwitotomba umusubirizo, abandi baretse kubihinga

Mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, hari bamwe mu bahinzi b’ibirayi bakomeje kwitotombera igihombo bakomeje guhura nacyo ku buryo ngo hari n’abafite gahunda yo kureka kubihinga kuko nta nyungu bakuramo. Ibi babivuga bashingiye ko mu gihe cy’ihinga hari abahinzi baranguye imbuto y’ibirayi ibahenze hanyuma ku mwero wabyo bikaba bigurishwa ku kiguzi kiri hasi cyane. […]

Amerika yannyeze ibirego bya Afurika y’Epfo bishinja Israel Jenoside ikorera Abanyegaza

Amerika yanze inatesha agaciro ikirego cya Afurika y’Epfo iregamo Isiraheli mu rukiko mpuzamahanga (ICJ). Afurika y’Epfo yavuze ko Isiraheli ikora itsembabwoko(Genocide) n’ibyaha byibasiye inyokomuntu muri Gaza .Ni urubanza rubanza rwashyikirijwe ICJ mu cyumweru gishize. Ku wa gatatu, umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Matthew Miller, yavuze ko Amerika itabona ibyaha […]

Kuburanisha Kazungu mu mizi byasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, kuri uyu wa Gatanu rwasubitse urubanza Kazungu Denis yagombaga gutangira kuburanishwamo mu mizi. Kazungu akurikiranweho ibyaha 10 birimo icy’ubwicanyi ndetse n’icyo gufata ku ngufu. Urubanza rwasubitswe ku busabe bw’ubushinjacyaha bwasabye ko ibyaha aregwa byahuzwa, bijyanye no kuba yari afite imanza ebyiri. Biteganyijwe ko ku wa 12 Mutarama ari bwo uru rubanza […]

Pasiteri Bugingo yasobanuye uko umurinzi we yishwe

Pasiteri Aloysious Bugingo uri mu bavugabutumwa b’ibimenyabose muri Uganda, yasobanuye uko Richard Muhumuza wari umurinzi we yishwe. Ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024 ni bwo Muhumuza wari usanzwe ari umusirikare mu mutwe wa SFC ushinzwe kurinda Perezida Yoweri Kaguta Museveni yishwe arashwe. Yicwa yari kumwe mu modoka na Pasiteri Bugingo yari amaze igihe […]

Raporo y’urukiko rw’u Bufaransa iravuga iki kuri gahunda y’abimukira hagati y’u Bwongereza n’u Rwanda?

Gahunda yo kohereza abimukira bava mu gihugu cy’u Bwongereza ikomeje kugenda igarukwaho n’ingeri zitandukanye, aho kuri ubu hari na Raporo y’u Bufaransa yabigarutseho. Ni raporo y’Urukiko rwo mu Bufaransa ishinja u Bwongereza kugenda biguru ntege mu ngamba zigamije kugabanya umubare w’abimukira bajya muri iki Gihugu. Uru rukiko rw’u Bufaransa rwashyizwe hanze iyo raporo kuri uyu […]

Uruzinduko rwa Gen Daglo kwa Ruto rwatumye Sudani ihamagaza Ambasaderi wayo

Sudani ku wa Kane tariki ya 4 Mutarama yahamagaje Ambasaderi wayo i Nairobi, mu rwego rwo kwamagana kuba Perezida William Ruto wa Kenya aheruka kwakira Gen Mohamed Hamdan Daglo. Uyu Gen Daglo ni we ukuriye umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces (RSF) umaze igihe mu ntambara n’Ingabo za Sudani. Uyu musirikare kuva mu mpera […]

vuba turashyiraho iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi-Coroneille Nangaa

Coroneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma akaza kwitandukanya n’ubutegetsi, yavuze ko ihuriro ayoboye rigiye gushyira akadomo ku buyobozi bwa Tshisekedi. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Kane ubwo yahaga ubutumwa ingabo za SADC, azibwira ko n’ubwo zaje kwifatanya na Guverinoma ya Kinshasa bitazabuza ko Ihuriro rya Alliance […]

Burundi-Giharo: komiseri wa polisi ya komine yishwe atemaguwe

Mu gihugu cy’u Burundi haravugwa amakuru y’uko komiseri wa polisi mu gace ka Rutana,Majoro Japhet Mukeshimana yishwe atemaguwe hakoreshejwe umuhoro. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa kabiri taliki 2 Mutarama 2024, bibera ku musozi wa Nkanka muri komini ya Giharo mu ntara ya Rutana mu majyepfo y’Uburasirazuba bw’Uburundi. Polisi yaho ivuga ko byibuze abantu […]

AFC Leopards irifuza kugura rutahizamu w’Amavubi

Ikipe ya AFC Leopards iri mu zifite amateka akomeye muri Kenya, irifuza rutahizamu wa Marines FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Gitego Arthur. Gitego w’imyaka 20 y’amavuko, asigaje amezi atandatu mu masezerano afitanye na Marines FC. AFC Leopards yasabye Marines FC ko yamubagurisha kugira ngo abafashe kongera kwitwara neza. Ni Leopards kuri ubu iri ku mwanya wa […]

Kimenyi Yves na Muyango basezeranye imbere y’amateko

Kimenyi Yves usanzwe ari umukinnyi ukomeye mu Rwanda, yasezeranye imbere y’amategeko na Muyango witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2019. Aba bombi basezeraniye kubana akaramata muri salle yo mu nyubako y’umujyi wa Kigali aho bari babukereye. Urukundo rw’aba bombi rwavugishije benshi nyuma y’uko Bose bari Bamaze kuba ibyamamare.Imyaka yari ibaye itanu bimenyekanye ko bari mu rukundo. […]

Impamyabumenyi za Uganda na Kenya ntizizongera guhabwa agaciro muri Nigeria

Igihugu cya Nigeria kivuga ko kigiye guhagarika izindi mpamyabumenyi z’amashuri yaba aya Kaminuza n’andi yose mu bihugu byinshi, harimo Kenya na Uganda mu rwego rwikwirinda ko byaba intandaro y’impapuro mpimbano. Ibi bibaye nyuma y’iminsi micye iki gihugu cyo mu Burengerazuba bw’Afurika gihagaritse impamyabumenyi muri Benin na Togo. Ku wa gatatu, Minisitiri w’uburezi Tahir Mamman yagize […]

Rubavu: ‘Abuzukuru ba Shitani’ bongeye kukameza, abaturage baratabaza

img-20240104-wa0009.jpg

Abaturage bo mu mirenge igize Umujyi wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu barasaba inzego zirimo iz’umutekano kubatabara, zikabakiza abazi nk’Abuzukuru ba Shitani’ bamaze igihe babajujubya. Abuzukuru ba Shitani ni agatsiko gasanzwe kiganje cyane mu mirenge irimo uwa Gisenyi, Rubavu, Nyamyumba na Rugerero Abazi aka gatsiko bavuga ko kagizwe n’ibyiciro bitandukanye, kuva ku bana bakiri bato (bari […]

Nta gihindutse kuri uyu wa Gatanu Oscar Pistorius washinjwe kwica umukunzi we azarekurwa

Kuri uyu wa gatanu taliki 5 Mutarama 2023 , nibwo biteganijwe ko Oscar Pistorius wamenyekanye cyane mu irushanwa ryo gusiganwa ku maguru azarekurwa nyuma yo kumara imyaka isaga 10 afunzwe. Ishami rishinzwe ubugororangingo muri Afurika y’Epfo ryemeje icyifuzo cya Pistorius cyo gufungurwa by’agateganyo ku ya 24 Ugushyingo 2023.Akaba azarekurwa atarangije igihano cye bitewe n’imyitwarire yagaragaje. […]

Abanya-Gaza bashobora kwisanga muri Congo nyuma y’intambara ya Israel na Hamas

Guverinoma ya Israel biravugwa ko iri mu biganiro by’ibanga n’ibihugu birimo Congo, mu rwego rwo kubyoherezamo abanya-Gaza bagizweho ingaruka na Israel na Hamas. Umwe mu bayobozi bakuru bo muri Guverinoma ya Israel yabwiye Ibiro Ntaramakuru Zman Israel ko ibiganiro hagati ya Guverinoma ya kiriya gihugu n’iya Congo-Brazzavile kuri ubu bigeze kure. Ati: “Congo izagira ubushake […]

Kudatanga umusaruro byatumye Kakule Fabrice asezererwa muri Musanze FC

Amakuru akomeje kuvugwa muri siporo yo mu Rwanda n’uko umukinnyi wamamaye mu ikipe ya Rayon Sports Kakule Mugheni Fabrice waje kujya muri Musanze yasezerewe atarangije kontaro. Byamenyekanye kuri uyu wa 3 Mutarama 2024 , aho uyu mukinnyi wari wasinyiye Musanze FC amasezerano y’umwaka umwe, yasezerewe asigaje amezi atanu gusa ngo amasezerano ye arangire. Mugheni Kakule […]

Imwe mu mihanda y’i Muhanga iherutse gukorwa yasenyutse itaratahwa

Imwe mu mihanda y’i Muhanga mu murenge ka Nyamabuye na shyogwe yabaye igitaramo nyuma y’uko isenyutse itaramara kabiri yubatswe. Iyi mihanda yamaze kwangirika itaratahwa ku mugaragaro ndetse ngo ubuyobozi bw’aka Karere bwasabwe kenshi kuyisana ariko ntibyakorwa. Amakuru avuga ko ngo abaturage baturiye iyo mihanda yubakagwa, bagiye bagaragaza ko uburyo irigukotwamo biteye impungenge batabaza ubuyobozi bw’Akarere […]

SANDF yemeje ko igiye gusimbura MONUSCO muri RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko Ingabo Afurika y’Epfo izohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zisasimbura iza MONUSCO ziri mu nzira zo kuhava. Afurika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bigize umuryango wa SADC byemeye kohereza Ingabo mu burasirazuba bwa RDC, mu rwego rwo kurwanya inyeshyamba zo mu mutwe wa […]

Uwahoze ari Ofisiye yahaye Perezida Ramaphosa amasaha 48 akaba yeguye

Uwahoze ari Ofisiye mu gisirikare cya Afurika y’Epfo yagaragaye mu mashusho atanga amasaha 48 kuri Perezida Ramaphosa ngo abe yeguye. Ingabo za Afurika y’Epfo zahise zifata uyu mugabo nkumwe mu bakora iterabwoba, zivuga ko zitandukanije nawe muri ibyo bikorwa byo gushaka gukuraho perezida. Ubusanzwe uyu Sylvester Mangolele yari umuyobozi mu ngabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo […]

Burundi:Imitima y’Abatinganyi yatangiye kujabuka no guhumeka insigane kubera P. Ndayishimiye

Abaryamana bahuje ibitsina bakunze kwita Abatinganyi bo mu Burundi batangiye kujabukwa imitima nyuma y’ijambo rya Perezida Ndayishimiye aherutse kubatangazaho. Aba baryamana bafite ibitsina biteye kimwe ngo bafite ubwoba , nyuma y’uko Perezida Evariste Ndayishimiye, atangaje ko bakwiye kujya bajyanwa muri stade bagaterwa amabuye. Ibi yabitangaje mu cyumweru gishize ubwo yaganiraga n’abaturage ndetse n’itangazamakuru ubwo yabazwaga […]

Iran:Abarenga 100 bahitanywe n’ibisasu byagabwe aho bibukiraga Qassem Suleimani

Ibisasu bibiri byahitanye byibuze abantu 103 ndetse bikomeretsa abandi benshi mu muhango wo wo kwibuka no kwizihiza isabukuru y’imyaka ine Qassem Suleimani apfuye , umuyobozi w’ingabo za Quds Irani akaba n’umwe mu bagabo bakomeye mu burasirazuba bwo hagati. Umwe mu bayobozi bakuru yavuze ko ibyo bisasu ari igitero cy’iterabwoba, atasobanura neza uwashobora kuba inyuma yabo. […]

Kirehe-Gatore:Abakobwa bajyanwa ku bashoferi b’amakamyo bakabamarana icyumweru babasambanya

Mu karere ka Kirehe muri santire ya Gatore, haravugwa ikibazo cy’abakobwa bajyanwa ku bashoferi b’amakamyo kugirango babasambanye , ibintu bifatwa nk’ubucuruzi bw’abantu. Abaturage bamwe batuye muri iyi santere,bavuga ko batewe impungenge n’uko hari abana b’abakobwa bajyanwa ku bashoferi bapalika amakamyo yabo kuri aka gasantire maze bakabasambanya dore ko ngo hari n’abo bamarana icyumweru. Kubasambanya sizo […]

Ubutumwa bw’abahutu kwa Perezida Tshisekedi bwishimira itsinzi ye

Itsinda ryibumbiye muri kominote y’Abahutu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryageneye ubutumwa Perezida Tshisekedi bwishimira intsinzi ye nyuma y’uko bitangajwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Nkuko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rw’umunyamakuru Justin Kabumba, iri tsinda rigaragara rivuga ko kunba Tshisekedi yaratsinze amatora atari intsinzi ye gusa , ahubwo ko nabo ari iyabo. […]

RDC:Ishyaka rya Kabila rikomeje kwihambira kuri CENI kugeza amatora asubiwemo

Ishyaka ryaJoseph Kabila ‘PPRD’, wahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rikomeje kwihambira kuri Komisiyo y’Amatora (CENI) risaba ko amatora yasubirwamo. Iri shyaka rivuga ko rikomeje gutsimbarara ku mahame avuga ko amatora aheruka kuba muri RDC tariki ya 20 Ukuboza 2023, atabaye mu mucyo bityo ko akwiye gusubirwamo. Ishyaka PPRD, kuva muntangiriro z’amatora […]

Musanze: Bamaze imyaka 12 basiragizwa ku ngurane y’imitungo yabo

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, baratabaza basaba ko bahabwa ingurane y’ubutaka bwabo bamaze imyaka 12 birukaho kugeza n’ubu amaso yaheze mu kirere. Aba baturage n’abo mu murenge wa Musanze Akagali ka Nyarubuye muri aka Karere , aho bavuga ko imitungo yabo yangijwe n’ibikorwa by’umuyoboro w’amashanyarazi bikaza kurangira imyaka yihiritse […]

Burundi:Babiri bari barahungiye mu Rwanda bafunzwe nyuma ya disikuru ya P.Ndayishimiye

Kuri uyu wa mbere, abagabo babiri bo muri komini ya Musigati na Banza, mu ntara ya Bubanza batawe muri yombi n’abapolisi bakorera muri icyo gice bacyekwaho gukorana n’umutwe w’iterabwoba urwanya Uburundi. Aba batawe muri yombi ni abahoze ari impunzi mu nkambi zo mu Rwanda bari barahahungiye mu 2015 ubwo muri iki gihungu hageragezwaga coup d’etata […]