Guinea: Bwa mbere kuva Conde yahirikwa habaye imyigaragambyo y’abamushyigikiye

Kuri uyu wa Gatandatu, abapolisi ba Guinea bakoresheje ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abigaragambyaga mu murwa mukuru, Conakry, basaba uburenganzira bwo gukora ingendo bwa perezida wavanywe ku butegetsi, Alpha Conde. Iyi myigaragambyo ni iya mbere ibaye kuva aho abasirikare bayobowe na Lt. Col. Mamady Doumbouya muri Nzeri bahiritse ku butegetsi Alpha Conde w’imyaka 83 […]

Kayonza: Hafashwe abantu 6 bashinjwa gukata insinga zijyana umuriro mu ngo z’abaturage bakaziba

Polisi ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage bafashe abantu 6 bacyekwaho kwitwikira ijoro bagakata insinga zijyana umuriro mu ngo z’abaturage bakaziba. Bafashwe kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Ukuboza, bafatanwa metero 46 z’insinga, bafatirwa mu Murenge wa Gahini, Akagari ka Kahi, Umudugudu wa Nyamiyaga. Umuvugizi wa Polisi mu […]

Alfred Gasana nommĂ© nouveau ministre de l’IntĂ©rieur

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© Alfred Gasana comme nouveau ministre de l’IntĂ©rieur, selon un communiquĂ© signĂ© par le Premier ministre Edouard Ngirente. Avant sa nomination, Gasana Ă©tait directeur gĂ©nĂ©ral en charge de la sĂ©curitĂ© intĂ©rieure au NISS (Services nationaux de renseignement et de sĂ©curitĂ©) Il dirigera dĂ©sormais le ministère qui vient d’ĂŞtre rĂ©tabli. Le […]

Gukumira ruswa biziyongera bive kuri 86,5% bigere kuri 92,5% mu 2022 – Umuvunyi Mukuru

fgkboapx0aemal4.jpg

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yavuze ko gukumira ruswa biziyongera bikava kuri 86,5% nk’uko byagaragajwe n’icyegeranyo cy’imiyoborere mu 2016, kugera kuri 92,5% mu 2022, aho avuga ko hagaragaye ko imwe mu mpamvu ruswa ikomeza kubaho biterwa no kuba abaturage badasobanukirwa uburenganzira bwabo, kudakorera mu mucyo, ashimangira ko ruswa ari umwanzi w’igihugu, itera ubusumbane ikanatera akarengane. Ibi […]

Huye: Umugabo akurikiranweho kugerageza kwica umugore we

Ubushinjacyaha Ku rwego rwisumbuye bwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 38 ukekwaho kuba yarashatse kwica umugore babanaga w’imyaka 39 y’amavuko amutemesheje isuka mu mutwe biturutse ku makimbirane yo mu rugo. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe mu ijoro ryo ku itariki 22 Nyakanga 2021 mu Mudugudu wa Rwerinka, Akagari ka Byinza, Umurenge wa Kinazi ho mu Karere […]

London: Amerika yatsinze ubujurire ku kohererezwa Assange washinze WikiLeaks

Guverinoma ya Amerika yatsindiye ubujurire mu Rukiko Rukuru rw’u Bwongereza ku bijyanye no koherezwa kwa Julian Assange washinze urubuga WikiLeaks rwamennye amabanga menshi y’iki gihugu. Icyemezo cyo ku wa gatanu, cyatesheje agaciro icyemezo cyafashwe mbere, bivuze ko Assange w’imyaka 50 y’amavuko ashobora kuba ari hafi yo gusohorwa muri gereza irinzwe cyane ya Belmarsh muri London […]

Imibonano mpuzabitsina hanze y’ubukwe ntabwo ari cyo cyaha gikabije – Papa Francis

Papa Francis, umuyobozi wa Kiliziya Gatolika, yavuze ko gukora imibonano mpuzabitsina utarashaka atari icyaha “gikomeye cyane”. Ku wa mbere, mu kiganiro cy’ibibazo n’ibisubizo hamwe n’abanyamakuru bari mu ndege isubira mu Butaliyani bava mu Bugereki, Papa yagize ati: “Ibyaha by’umubiri ntabwo ari byo bikomeye.” Ahubwo, yavuze ko ubwibone n’inzangano ari byo “ byaha biremereye”. Papa yabajijwe […]

Urubanza rw’abantu 38 bo muri P5 rwatangiye muri Gicurasi rwapfundikiwe

Urukiko rukuru rwa Gisirikare rwatangaje ko ruzatanga umwanzuro warwo mu rubanza ruregwamo abantu 38 bo mu mutwe wa P5 ku itariki ya 7 Mutarama 2022. Iri tsinda rikurikiranweho ibitero byahitanye abantu ryagabye ku baturage bo mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze mu ijoro ryo ku ya 5 Ukwakira 2019, hamwe n’ibindi byaha. Muri […]

Burkina Faso: Minisitiri w’Intebe na guverinoma ye yose beguye

Minisitiri w’intebe wa Burkina Faso, Christophe Joseph Marie Dabire, yeguye ku mirimo ye ajyana na guverinoma ye yose, mu gihe hakomeje imyigaragambyo yamaganaga ubushobozi bucye bwayo mu guhangana n’ibitero by’abajihadisiti bimaze guhitana abantu ibihumbi. Perezida Roch Marc Christian Kabore, wari umaze guhindura ubuyobozi bwa gisirikare kubera ikibazo cy’umutekano, yemeye ukwegura kwa Dabire mu iteka rya […]

Apotre Mutabazi wifuza Kagame mu matora ya 2024 ashaka ko anagirwa “Baba wa Taifa” akiriho

Apotre Mutabazi Kabarira Maurice aravuga ko ateganya kwandikira ibaruwa inteko ishinga amategeko asaba ko Perezida wa Repubulika yagirwa “Umubyeyi w’Igihugu” ibyo bita mu Giswahili “Baba wa Taifa” akiriho. Apotre Mutabazi ni umuvugabutumwa, umwanditsi, umujyanama mu by’imiyoborere, rwiyemezamirimo, n’ibindi. Avuga ko yiyemeje kuba umujyanama wa rubanda kugirango rufatanye n’abayobozi (nabo bagira abajyanama) bitoreye kubaka. Mu kiganiro […]

Les locaux de la Commission rwandaise des médias cambriolés

Les locaux de la Commission rwandaise des mĂ©dias (RMC) ont Ă©tĂ©, hier soir, le 8 dĂ©cembre, cambriolĂ©s par des personnes encore Ă  identifier. Il est rapportĂ© que ce n’est pas la première fois que l’organisme d’autorĂ©gulation des mĂ©dias basĂ© Ă  Remera est cambriolĂ©s. S’adressant au New Times, Emmanuel Mugisha, secrĂ©taire exĂ©cutif de RMC, a dĂ©clarĂ© […]

Ibanga Akarere ka Kicukiro kakoresheje kugirango gahige utundi mu kurwanya ruswa n’akarengane

fgj2phmx0aecr1h.jpg

Akarere ka Kicukiro kashimiwe ko kahize utundi turere binyuze mu Namangishwanama yo kurwanya ruswa muri ako karere, aho kaje ku mwanya wa mbere mu Mujyi wa Kigali n’amanota 75%, Umuyobozi Nshingwabikorwa wako akaba yagarutse ku ibanga bakoresheje mu kiganiro yahaye itangazamakuru. Akarere ka Kicukiro kakurikiwe n’Akarere ka Gasabo kagize amanota 50% haheruka Akarere ka Nyarugenge […]

Akarere ka Kicukiro kahize utundi mu Mujyi wa Kigali mu kurwanya ruswa

Akarere ka Kicukiro kaje ku isonga mu kurwanya Ruswa n’Akarengane mu Mujyi wa Kigali, hakurikiraho Akarere ka Gasabo mu gihe akarere ka Nyarugenge ariko gaheruka. Intara y’Amajyepfo niyo yaje imbere y’izindi iy’uburengerazuba iza ku mwanya wa nyuma. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki 09 Ukuboza 2021 ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, ndetse hanizihizwa […]

Uganda: Abasirikare baregwaga kwica abigaragambya bahawe ibihano biremereye

Kuri uyu wa Gatatu, urugereko rwa mbere rw’urukiko rwa gisirikare muri Uganda rwahamije ibyaha abasirikare babiri, Lance Corporal na Private, kubera kwica abantu batatu ubwo bari mu bikorwa byo guhosha imvururu mu Gushyingo 2020 i Kampala. Urubanza, guhamya ibyaha n’ibihano ku baregwa mu buryo butangaje byabereye ku cyicaro cya Division ya mbere ya UPDF i […]

Ethiopia: WFP yahagaritse gutanga ibiribwa muri Kombolcha na Dessie nyuma yo gusahurwa

web-1000x562-ethiopia-dessie-kombolcha.jpg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryahagaritse gutanga ibyo kurya mu mijyi ya Kombolcha na Dessie yo muri Ethiopia nyuma yo gusahurwa ibyo ryari rifite abakozi batashoboye guhagarika kubera iterabwoba, ririmo no gufatirwaho imbunda nk’uko Umuryango w’abibumbye ubitangaza. Ingabo za Ethiopia zisubije iyo mijyi ziyambuye inyeshyamba za TPLF kuwa Mbere ushize nk’uko byatangajwe na […]

Umukuru w’Ingabo z’u Buhinde, umugore we n’abantu bari kumwe baguye mu mpanuka ya kajugujugu

Umuyobozi w’Ingabo w’u Buhinde, General Bipin Rawat, umugore we, n’abandi bantu 11 baguye mu mpanuka ya kajugujugu ya gisirikare bari barimo yaguye muri leta y’amajyepfo ya Tamil Nadu, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cyo mu Kirere (IAF). Kuri uyu wa Gatatu,Igisirikare cyo mu Kirere cy’u Buhinde (IAF) ku rubuga rwa Twitter cyavuze ko “impanuka ibabaje” yabereye hafi […]

U Bufaransa bwafashe ukekwaho uruhare mu iyicwa ry’umunyamakuru Khashoggi

Umuntu ukekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi mu 2018 yatawe muri yombi kuri uyu wa Kabiri ushize afatiwe mu Bufaransa nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’ubucamanza bw’iki gihugu cyo mu Burayi. Uyu muyobozi yavuze ko ukekwa yatawe muri yombi hagendewe ku mpapuro zo kumuta muri yombi zatanzwe na Turkiya (Igihugu Kahshoggi yiciwemo ubwo […]

Bobi Wine yamaganye ibitero bya UPDF kuri ADF muri Congo

Uwabaye umukandida ku mwanya wa perezida mu matora aheruka, Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine, yavuze ko ibitero by’ingabo za Uganda (UPDF) ku barwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bitemewe. Nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga, Bobi Wine, usanzwe ari n’umudepite, yavuze ko ibitero byagabwe Inteko ishinga amategeko itabanje […]

Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) ari mu ruzinduko i Kinshasa

Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), Kristalina Georgieva, ari I Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Ukuboza, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya N’djili, Kristalina Georgieva yakiriwe na minisitiri w’imari wungirije, Guverineri wa Banki Nkuru ya Congo (BCC), abajyanama ba perezida mu bijyanye n’imari […]

Le directeur général du Centre biomédical du Rwanda, le Dr Sabin Nsanzimana, suspendu

Le cabinet du Premier ministre a annoncĂ© mardi 7 dĂ©cembre 2021 la suspension du directeur gĂ©nĂ©ral du Centre biomĂ©dical du Rwanda, le Dr Sabin Nsanzimana. Selon une dĂ©claration publiĂ©e sur le compte Twitter officiel du Premier ministre, le Dr Nsanzimana fait l’objet d’une enquĂŞte “pour des questions de responsabilitĂ©”. Nsanzimana a Ă©tĂ© nommĂ© Ă  la […]

Afurika y’Epfo: Umushinga w’itegeko rishya rigamije kongera gusaranganya ubutaka watewe utwatsi

Umushinga w’itegeko rivugurura ibijyanye n’ubutaka wari ushyigikiwe na Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, wiyemeje gukosora icyitwa akarengane kijyanye no kwamburwa ubutaka mu gihe cya apartheid, watewe utwatsi uyu wa kabiri n’inteko ishinga amategeko. Ikibazo cyo kongera gusaranganya ubutaka, hatangwa indishyi cyangwa idatanzwe, ni ingingo itavugwaho rumwe kandi iteza impaka muri Afurika yepfo. Umushinga w’itegeko […]

Amafaranga yo gufasha ibikorwa byagizweho ingaruka na Covid-19 yikubye kabiri

Abantu bagizweho ingaruka n’icyorezo cya covid-19 bujuje ibisabwa Minisiteri y’imari n’igenamigambi irabasaba kugana ikigega cyashyiriweho kuzamura ubukungu mu Rwanda, bagahabwa inguzanyo zabafasha kuzahura ubukungu bwabo. Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko kugeza ubu amafaranga yashyizwe mur’iki kigega amaze kwikuba inshuro ebyiri. Ibi byagarutsweho mu kiganiro minisitiri w’imari n’igenamigambi yagejeje ku nteko nshingamategeko, imitwe yombi, ubwo yagaragazaga […]

Gen. Kamana Uwimana ukuriye Igipolisi cya Kwilu arashinjwa kubiba iterabwoba mu ntara

Mu Mujyi wa Bandundu, amajwi akomeje kuzamurwa yamagana Umuyobozi w’Igipolisi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kwilu, Gen. Kamana Uwimana Kanold, ushinjwa kubiba iterabwoba muri iyi ntara nk’uko bamwe mu badepite b’aha babitangarije itangazamakuru. Komiseri Mukuru wa polisi mu Ntara ya Kwilu, Gen. Kamana Uwimana bivugwa ko amaze imyaka 12 akorera muri […]

Nubwo Omicron ikwirakwira vuba ngo yaba itazahaza nk’ubwoko bwabanje bwa Covid-19

Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bavuga ko nubwo ubwoko bushya bwa Covid-19 bwiswe Omicron bukwirakwira vuba, ngo bwaba butazahaza ababwanduye nk’ubundi bwoko bwari busanzwe. Inkuru ya The New York Times ivuga ko abaganga bo mu bitaro binini byo muri Pretoria, umurwa mukuru w’ubuyobozi wa Afurika y’Epfo, batangaje ko abarwayi ba coronavirus bafite ubu bwoko batarwaye […]

Urubyiruko rwasabwe kurwanya ruswa rutanga amakuru kuri yo no kuba inyangamugayo

ff_vgtexwamophg_1_.jpg

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yasabye urubyiruko kugira uruhare mu kwimakaza imiyoborere myiza rutanga amakuru kuri ruswa, mu gihe Hon. Edouard Bamporiki yarusabye kugira umutima wo kwanga ikibi kandi ukunda igihugu. Ibi byavugiwe kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 07 Ukuboza 2021, muri Kongere y’Urubyiruko yo Kurwanya Ruswa ijyanye n’icyumweru cyo kurwanya ruswa cya 2021 mu […]

Umupolisi wasaga nk’uwasaze yishe arashe abantu 5 barimo umugore we

Umupolisi wa Kenya mu ijoro ryakeye yishe arashe abantu batanu mu murwa mukuru, Nairobi, mbere yo kwirasa nawe akiyica. Uyu mupolisi yabanje kwica umugore we mu rugo rwabo amurashe mu ijosi, mbere yo guhita ava mu rugo saa cyenda z’igicuku n’imbunda y’akazi yo mu bwoko bwa AK-47 agatangira kugenda arasa uwo ahuye nawe nk’uko byatangajwe […]

Gicumbi: Umugore akurikiranweho kugambanira umwana w’umukobwa agafatwa ku ngufu

Urukiko rw’Ibanze rwa Mbogo mu mpera z’icyumweru gishize rwafunze umugore uturuka mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana, Akagari ka Kajevuba, iminsi 30 y’agateganyo, nk’uko byasabwe n’Ubushinjacyaha ku cyaha cyo kugambanira umwana w’umukobwa w’imyaka 15 agasambanywa. Uyu mugore iki cyaha yagikoze tariki ya 07 Ugushyingo 2021 ubwo umukobwa baturanye yamuhaga Telephone ngo amucomekere yajya kuyifata, […]

Abanyasudani basubiye mu myigaragambyo yamagana amasezerano yasubije Hamdok ku butegetsi

Ibihumbi by’Abanya-Sudani kuri uyu wa Mbere byigabije imihanda yo mu Murwa Mukuru, Khartoum no mu yindi mijyi bamagana ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu Ukwakira n’amasezerano yahise asubiza Minisitiri w’Intebe, Abdalla Hamdok ku mwanya we. Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye abigaragambya mu bice bitandukanye bya Khartoum no mu mujyi wa Omdurman. Hanabaye imyigaragambyo mu yindi mijyi […]

Ingabo za Ethiopia zongeye kwigarurira imijyi 2 y’ingenzi yari mu maboko y’inyeshyamba

Ingabo za Ethiopia zongeye kwigarurira imijyi ibiri y’ingenzi ya Dessie na Kombolcha iyambuye abarwanyi ba TPLF nk’uko byatangajwe na Guverinoma nk’ikimenyetso giheruka cyo kongera kwisubiza ibice byari byigaruriwe n’inyeshyamba. Inyeshyamba zifatanyije na TPLF zari zarafashe iyi mijyi yo mu Ntara ya Amhara, hashize ukwezi kurenga. Serivisi ishinzwe itumanaho rya leta yagize iti: “Umujyi w’amateka wa […]

Les forces rwandaises au Mozambique reçoivent une dose de rappel du Covid-19

Les Forces rwandaises de sĂ©curitĂ© (RSF) Ă  Cabo-Delgado, au Mozambique, ont reçu lundi 6 dĂ©cembre la dose de rappel (3e) du vaccin Covid-19. Selon un communiquĂ© du ministère de la DĂ©fense, l’exercice a commencĂ© dans les zones d’Afungi et de Palma dans la province de Cabo Delgado et doit se poursuivre dans toutes les zones […]

Minisiteri y’uburezi igiye guhindura uburyo yandika ikanasohoramo amanota y’ibizamini bya leta

Minisiteri y’uburezi igiye guhindura uburyo yandika ikanasohoramo ibizamini bya leta nyuma y’aho mu bizamini biheruka abanyeshuri basaga 1000 batanze ibirego binubira amanota bahawe. Sisitemu nshya igiye gushyirwa mu bikorwa umwaka utaha yatangajwe na Minisitiri w’uburezi, Valentine Uwamariya. Mu kiganiro yahaye Televiziyo y’u Rwanda, minisitiri yagize ati: “Ndashaka kwizeza abaturage ko umwaka utaha, tuzakoresha uburyo bushya […]

Darfur: Abantu byibuze 48 biciwe mu makimbirane hagati y’Abarabu n’Abirabura

Abantu byibuze 48 biravugwa ko biciwe mu makimbirane ashingiye ku moko, hagati y’Abarabu n’Abanyafurika, yadutse mu karere ka Krink nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Guverineri w’Intara ya Darfour y’Uburengerazuba, Khamis Abdallah. Uyu muyobozi yavuze ko ubwicanyi bwatangijwe n’amakimbirane yaje gufata intera, abantu batandatu bakicwa kuwa Gatandatu, bigakomeza ku Cyumweru abantu basaga 40 bakicwa. […]

Ngororero: Arashinjwa kwica umugore n’umwana babyaranye abakase amajosi

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwaregeye urukiko rwisumbuye uwitwa Niyonshuti Gaston ukekwaho icyaha cyo kwica umuntu biturutse ku bushake. Ni icyaha bivugwa ko cyakorewe mu Mudugudu wa Cyahafi , mu Kagari ka Gatega mu Murenge wa Hindiro , mu Karere ka Ngororero, Intara y’ iburengerazuba ku itariki ya 19 Ugushyingo 2021, mu ma saa […]

Perezida Kagame avuga ko amahirwe Afurika yabonye yo kwikorera inkingo ikwiye kuyabyaza umusaruro

ff6g8jywuamkjs1.jpg

Perezida Kagame yavuze ko kwikorera inkingo muri Afurika bidasaba inkunga gusa, ahubwo binasaba, cyane cyane, kwizerana, ndetse kwikorera bikaba bitavuze kuba ba nyamwigendaho ahubwo hakwiye n’ubufatanye nk’Abanyafurika bakabyaza umusaruro amahirwe yabonetse yo guhindura ibijyanye n’ikorwa ry’imiti ku mugabane. Ibi Perezida wa Repubulika yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 06 Ukuboza 2021, afungura Inama y’iminsi […]

Mu gihe Isi iri mu ngaruka z’icyorezo ibigo bicuruza intwaro byo byarushijeho gucuruza

Ikigo gishinzwe ubushakashatsi ku mahoro cy’i Stockholm (SIPRI) cyatangaje ko kugurisha intwaro na serivisi za gisirikare by’amasosiyete 100 akomeye ku Isi byinjije miliyari zigera kuri 531 z’amadorari mu mwaka wa 2020, bikiyongeraho 1,3% ugereranije n’umwaka ushize. Iki kigo cyo muri Suwede cyavuze ko umwaka wa 2020 wabaye umwaka wa gatandatu wikurikiranya w’izamuka ry’igurisha ry’ibigo 100 […]

Umupasiteri n’umugore we baregwa kwica umwana bakamutangaho igitambo

Umupasiteri n’umugore we bo mu Mujyi wa Jinja bemeye ko bishe umwana w’imyaka ine wa nyiri urugo bakodeshamo mu rwego rwo gutanga igitambo, bajyana abashinzwe iperereza ahantu habiri hatandukanye hasanzwe ibice by’umubiri w’uwo mwana muri iyi weekend nk’uko bitangazwa n’Igipolisi cya Uganda. Uyu wiyita Umuhanuzi Sserubiri Joseph n’umugore we, Felista Namaganda bo mu itorero Deliverance […]

Ariel Wayz yateranye amagambo n’abamukurikira kuri twitter nyuma y’ifoto yashyize ahagaragara

capture-17.jpg

Umuhanzikazi Ariel Wayz yateje impaka kuri twitter nyuma y’ifoto yashyuze ahagaragara yarangiza akayikurikiza amagambo abakoresha uru rubuga nkoranyambaga bamukurikiranira hafi batavuzeho rumwe.aho bamwe babifashe nko kwiyandarika mu gihe we avuga ko ibyo arimo abizi. Uyu muhanzikazi Nyarwanda uri kuzamuka byihuta muri Muzika Nyarwanda mu njyana ya R&B na Afro Beat , kuri iki Cyumweru, itariki […]

George Clooney yahishuye impamvu yanze ikiraka cya miliyoni 35$ ku munsi umwe

Umukinnyi wa filimi w’icyamamare muri Hollywood, George Clooney, umaze imyaka 40 muri showbiz kandi wubatse izina mu mwuga we, yahishuye impamvu igihe kimwe yanze ikiraka cyo gukorera miliyoni zisaga 30 z’amadolari ku munsi umwe. Clooney yabajijwe na The Guardian ibijyanye na filime ye yenda gusohoka yitwa “The Tender Bar” ndetse niba atekereza ko afite “amafaranga […]

Uganda irashinjwa kumviriza abadipolomate 11 b’Abanyamerika ikoresheje Pegasus

Telephone z’abakozi 11 ba Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Uganda biravugwa ko zumvirizwa n’ubutegetsi bwa Kampala hifashishijwe ikoranabuhanga rya Pegasus ryakozwe n’ikigo NSO Group cyo muri Israel. Ni ubwa mbere humvikanye ikibazo cy’iyi porogaramu ya Pegasus ikoreshwa ku bayobozi b’Abanyamerika. Nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ngo aba bakozi ba ambasade baba […]

Ambasade ya Amerika yavuze ibisabwa abagenzi bava mu Rwanda hatitawe ku nkingo

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Kigali iravuga ko abagenzi bavuye mu Rwanda, barimo n’abana bari hagati y’imyaka ibiri n’itanu, guhera kuri uyu wa Mbere hari ibyo bagomba kubahiriza kugirango bemererwe hatitawe ku nkingo. Itangazo rya Ambasade rivuga ko “Guhera ku itariki ya 6 Ukuboza, Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira […]

Musenyeri Mukuru wa Paris, Michel Aupetit, yeguye ku mirimo ye kubera umugore

Papa Francis yemeye ubwegure bwa Musenyeri Mukuru wa Paris, wemeye ko yari afitanye umubano “udasobanutse” n’umugore mu mwaka wa 2012. Ibi ni bimwe mu rukurikirane rw’ibikorwa bifatwa nk’urukozasoni bikomeje kuvugwa muri Kiliziya Gatolika muri iyi myaka. Mu Kwakira, ibyavuye mu iperereza byerekana ko abapadiri bagera ku 3.000 basambanyije abana barenga 200.000 mu myaka 70 ishize. […]

Mali: Abagera kuri 31 biciwe mu gitero cy’intagondwa ku modoka itwara abagenzi

Abantu” bagera kuri 31 bari muri bus itwara abagenzi bishwe n’abantu bikekwa ko ari intagondwa ziyitirira idini ya Islam mu Mujyi wa Mopti muri Mali nkuko byemezwa n’inzego z’ubuyobozi muri icyo gihugu. Abagize inzego z’ubuyobozi muri uyu mujyi babwiye Reuters ko abagabye igitero barashe ku modoka yari itwaye aba bagenzi ku isoko ryo mu Mujyi […]

Iyo wanze kwikingiza tukwambura uburenganzira bwatuma wanduza undi Munyarwanda – PM Ngirente

“Nubwo kwikingiza bitari itegeko, iyo wanze kwikingiza tukwambura uburenganzira bwatuma wanduza undi Munyarwanda”, ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Ukuboza 2021 na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ubwo yasubizaga ibibazo by’abagize inteko Ishinga Amategeko ayigezaho ibikorwa bya Guverinoma bijyanye na gahunda yo gukingira abaturage COVID-19 n’izahuka ry’ubukungu. Minisitiri w’Intebe yabajijwe ibibazo bifitanye […]

Abaperezida 10 bo muri Afurika bitwaye neza mu 2021

hakainde_hichilema1.jpg

Imikorere myiza y’igihugu ukurikije iterambere ryacyo ndetse n’iterambere ryerekana imyumvire myiza y’imiyoborere ya Perezida wacyo, umuyobozi w’igihugu. Ibipimo ngenderwaho byerekana imiyoborere myiza ya ba perezida bakomeye muri Afurika. Umugabane wa Afurika uracyari muto mu rwego rwo kwiteza imbere, uhangayikishijwe n’ubuzima bwamugajwe n’imibereho myiza, gahunda y’uburezi idahwitse kandi idakora neza, n’ubukungu bukora nabi. Ibipimo bikurikira bigenderwaho […]

Amerika ishobora gukora ikintu yirinze gukora u Burusiya nibwongera gutera Ukraine – Blinken

maxresdefault-23.jpg

Kuri uyu wa Kane, Amerika yaburiye u Burusiya, ibusaba ko kujya kure ya Ukraine, kuko nibukora ikosa itazarebera kandi ishobora gukora ibintu itigeze ikora mu bihe byashize yagiye yirinda gukora. Umunyamabanga wa Leta muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, mu nama y’Umuryango w’Umutekano […]

Konti hafi 3,500 za twitter za poropaganda za guverinoma zirimo izo mu karere zafunzwe

Kuri uyu wa Kane Twitter yatangaje ko yafunze konti hafi 3500 zanyuzwagaho icengezamatwara rya za guverinoma mu bihugu bitandatu birimo Uganda, u Bushinwa n’u Burusiya. Ibindi bihugu konti nyinshi twitter ivuga ko zinyuzwaho poropaganda za guverinoma ni Mexico, Tanzania, na Venezuela. Muri Afurika konti 268 zafunzwe kubera kwibasira itsinda ry’impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu muri Tanzania […]

Huye: Umugabo ushinjwa gukubita umugore we ifuni kubera gufuha yaburanishijwe

Kuri uyu wa Kane, itariki 02 Ukuboza 2021, mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye haburanishirijwe urubanza Ubushinjacyaha buregamo umugabo w’imyaka 59 wakubise umugore we aramukomeretsa. Ngo ni icyaha cyakozwe mu ijoro ryo kuwa 8 Ugushyingo 2021 mu Mudugudu wa Binda, Akagari ka Kibayi, Umurenge wa Mugombwa, Akarere ka Gisagara aho yamukubise agafuni ku gahanga […]

RDC: Guverineri Theo Ngwabidje wa Kivu y’Amajyepfo na Guverinoma ye begujwe

Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo, Theo Ngwabidje na guverinoma ye kuri uyu wa Kane, itariki 02 Ugushyingo 2021 begujwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’Intara. Iyeguzwa rye rikaba ryabereye mu nteko rusange yari ishyushye yabereye I Bukavu. Abadepite 28 kuri 48 nibo batoye kumweguza. Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko, Jacques Amani ati “Umubare usabwa wagezweho ahanini kuko twari twanditse […]

Rusizi: Urukiko rwasomye urubanza rw’umugenzacyaha washinjwaga gusambanya imfungwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo uwahoze ari umugenzacyaha wasambanyije umugore wari ufungiye muri Kasho, rumuhanisha igifungo cy’imyaka 12 runamutegeka guha uwo yahohoteye indishyi zingana n’amafaranga miliyoni eshanu n’ibihumbi magana ane (5.400.000 Frws). Urubanza rwasomwe ku itariki ya 30 Ugushyingo 2021, rwaburanishijwe ku wa 23 Ugushyingo 2021, uregwa akaba yari akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha icyaha […]

Urukiko rwagabanyirije ibihano abasirikare bahamijwe guhohotera abaturage muri Kangondo

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwagabanyije ibihano by’igifungo byahawe abasirikare babiri bahamwe n’icyaha cyo kugirira nabi abaturage bo mu mudugudu wa Kangondo 2, mu Kagali ka Nyarutarama mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, muri Werurwe 2020. Mu ntangiriro, uru rubanza rwarimo abasirikare batanu hamwe n’abasivili babiri, ariko ubushinjacyaha bwa gisirikare bwahagaritse ibirego bitatu by’abasirikare. […]

Umuyobozi wa OIF, Louise Mushikiwabo, yakiriwe na Perezida Bongo wa Gabon

ffh7quvxway2ckv.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, Ali Bongo yakiriye mu ngoro ye, Palais RĂ©novation, Intumwa z’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), ziyobowe na Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango. Mu ruzinduko rwe mu gihugu cya Gabon mu rwego rwa Kongere ya 35 y’inama mpuzamahanga y’ingaga z’abavoka (CIB) yatangiye kuva ku itariki ya 1 izageza ku ya 3 Ukuboza […]

Uganda: Igipolisi cyafashe ukekwaho kuba ikihebe n’ibikoresho byo gukora ibisasu

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Gatatu cyatangaje ko cyataye muri yombi umuntu ukekwaho kuba icyihebe wari ufite ibikoresho byo gukora igisasu cya bombe. Umuvugizi wa Polisi, Fred Enanga, mu itangazo ryasohowe yavuze ko uyu musore w’imyaka 24 ukekwaho kuba mu mutwe w’inyeshyamba wa, ADF (Allied Democratic Force), ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu […]

Rulindo: Umupadiri ushinjwa gusambanya umwana avuga ko ari akagambane

Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba rwafunze iminsi 30 Umupadiri wo muri Paruwasi iherereye mu Murenge wa Cyungo, Akarere ka Rulindo, nk’uko byasabwe n’Ubushinjacyaha ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa. Uyu Mupadiri akekwaho kuba yarakoze iki cyaha ku itariki ya 23 Ukwakira 2021 ubwo ngo yahuraga n’umwana w’umukobwa w’umunyeshuri w’imyaka 17 y’amavuko akamusaba ko aza kumureba aho […]

U Bushinwa bwasabye Abashinwa bari mu ntara 3 zo muri RDC kuhava

Kuri uyu wa Gatatu u Bushinwa bwasabye abaturage babwo bari mu Ntara eshatu zo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuhava nyuma y’aho bakomeje kwibasirwa. Inyandiko yoherejwe na Ambasade y’u Bushinwa i Kinshasa ku butumwa bwo kuri interineti bwa WeChat, ivuga ko mu kwezi gushize abaturage benshi b’Abashinwa batewe kandi bashimuswe mu ntara […]

EAC: Itangwa ry’akazi rigiye gusubukurwa nyuma yo guhagarara ku mpamvu zirimo akarengane

Abaminisitiri bashinzwe ibibazo by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bakoze iperereza ku bibazo biherutse gutuma hahagarikwa ibijyanye n’itangwa ry’akazi maze banzura ko bizakomeza mu byumweru bine biri imbere. Ku wa kabiri, tariki ya 30 Ugushyingo, inama yabo yabereye ku cyicaro gikuru cya EAC i Arusha, muri Tanzaniya, Adan Mohamed, yabwiye abanyamakuru ko bakoze iperereza ku birego […]

Abantu 5400 ubu bandura SIDA buri mwaka mu Rwanda, 43% banduye bakora uburaya

Abantu basaga 200,000 banduye SIDA mu gihugu hose, mu gihe buri mwaka mu Rwanda ubu abagera ku 5.400 bandura Virus itera Sida, aho ubushakashatsi bwayo bugaragaza ko abakora uburaya baza ku isonga nk’uko byemezwa na Ministeri y’ubuzima. Ibi bikaba byatangajwe mu gihe kuri uyu wa Kabiri u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga […]

Les opérations contre les cosmétiques de blanchiment de la peau se sont intensifiées

L’unitĂ© de lutte contre la contrebande et le crime organisĂ© (ASOC) de la Police nationale rwandaise (RNP) a arrĂŞtĂ©, Lundi 29 novembre, cinq personnes dans le cadre d’opĂ©rations distinctes menĂ©es dans les districts de Nyarugenge, Gasabo et Kicukiro, qui vendaient des produits cosmĂ©tiques de blanchiment de la peau interdits communĂ©ment appelĂ©s Mukologo. Les personnes arrĂŞtĂ©es […]

Centrafrica: Abasivili 30 n’abasirikare babiri biciwe mu bitero by’inyeshyamba

Abasivili 30 n’abasirikare babiri biciwe mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Repubulika ya Centrafrique, mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta, umubare munini w’abantu bapfuye kuva perezida Faustin Archange TouadĂ©ra yatangaza ihagarikwa ry’imirwano hagati mu Kwakira. “Ku cyumweru, abasivili bagera kuri 30 hamwe n’abasirikare babiri mu Ngabo za Centrafrica bishwe mu bitero bibiri icya rimwe mu midugudu […]