VIDEO: Byateye abanyakigali ubwoba||Amagambo yavuze||wowe ubyumva ute?
Ibyâingenzi byaranze itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1992 âIgice cya II
Raporo yagaragazaga ko abantu 16.239 bari baravuye mu byabo bahungira ku nyubako zinyuranye za Leta nâizâamadini i Nyamata, Maranyundo, Ruhuha, Musenyi, Karama, Gitagata, Mayange, Rango, Ntarama, Murago, Kigusa na Kayenzi. Komisiyo yari igizwe na: – François Karera, SuPerefe, ari na we wari uyikuriye; – Dancille Mukarushema, Supererefe kuri Perefegitura ya Kigali; – Djuma Gasana, SuPerefe […]
VIDEO: Ibitaro mu Rwanda byaciye umugore ibere atarirwaye||Aka ba Mafia mu Burundi kashobotse #HiryanoHino
Umwe mu bapolisi bahohoteye umusirikare wa Amerika wirabura yirukanwe mu kazi

Nkâuko byatangajwe ku mugaragaro, umwe mu bapolisi babiri bo muri Virginia bashinjwa guhohotera umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, S/Lieutenant Caron Nazario banamutunze imbunda zabo ndetse akanamutera ibintu mu maso ubwo bari bamuhagaritse ari mu modoka ye, yirukanwe mu kazi. Umupolisi Joe Gutierrez yahagaritswe ku mirimo ye nyuma yâiperereza ryemeje ko atakurikije amabwiriza yashyizweho […]
Amafoto: Uburanga bwâumwana wâimyaka 5 watsindiye ikamba rya Miss Toddler America Nation 2021

Rimwe mu marushanwa yâabana bazamuka cyane ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rizwi cyane ku izina rya Miss America Nation ryambitse ikamba ryâumwana wâumukobwa muto ufite uburanga buhebuje muri Amerika muri 2021 (Miss Toddler America Nation 2021) umwana witwa Kleopatra Vargas uvuka ku mubyeyi umwe uva muri Nigeria nâundi ukomoka muri Mexique. Ni umwana […]
FARDC iremeza ko ubu igenzura ibice byose bya Masisi byari mu maboko yâinyeshyamba
Igisirikare cya repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kiremeza ko kuri ubu kigenzura ibice byose bya teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru byagenzurwaga nâinyeshyamba. Ibi byemejwe na Major Guillaume Ndjike Kaiko, Umuvugizi wâibikorwa bya Sokola 1, mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru i Goma kuwa Gatandatu ushize, itariki 10 Mata 2021. Ibi kandi byatangajwe nyuma yâamakuru yari […]
Tariki ya 12 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 12 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Frodouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezamguni bâAbahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/2020, Karemera Frodouald wa […]
Abasilamu bo muri Kenya ntibishimiye umupira Jay-Z aherutse kugaragara yambaye

Umuhanzi wâimideri wâUmunyamerika yasabye imbabazi ku kuba yarakoresheje ifoto yâumusigiti wâamateka uherereye ku kirwa cya Lamu, muri Kenya, kuri T-Shirt umuraperi wâUmunyamerika, Jay-Z, aherutse kugaragara yambaye nkâuko umuyobozi wâuyu musigiti yabitangarije BBC. Abayobozi b’umusigiti wa Riyadha bavuze ko bababajwe nuko iyi T-shirt ishobora kwambarwa “ahantu hatagatifu” nko mu tubari. Umuyobozi w’umusigiti ati: “Twemeye ibaruwa isaba […]
Ubwoko bwa Covid-19 bwo muri Afurika yâEpfo bushobora gufata uwahawe urukingo rwa Pfizer â Ubushakashatsi
Ubwoko bwa Coronavirus bwavumbuwe muri Afurika y’Epfo bushobora gufata uwahawe urukingo rwa Pfizer-BioNTech ku rugero runaka, nkâuko ubushakashatsi bwakozwe muri Israel bwabyerekanye. Ubu bushakashatsi buvuga ko ubwoko bwa coronavirus yo muri Afurika y’Epfo bwashoboye kwinjira mu burinzi butangwa na doze ebyiri z’urukingo rwa Pfizer-BioNTech ku rugero runaka, nubwo bitarasobanuka neza ubushobozi bwo kurinda butakara. Ubushakashatsi […]
Burundi: Abanyemari 2 bavugaga rikijyana kubwa Nkurunziza bari muri gereza kuri dosiye iteye ubwoba

Abanyemari babiri, Prosper Hakizimana bita Gisiga nâUmunyakenya, Joseph Mboya Nyamuthe, bari inshuti zâakadasohoka zâishyaka CNDD-FDD ndetse bavugaga rikijyana ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza, kuri ubu barabarizwa muri Gereza Nkuru ya Rumonge nyuma yo gukatirwa kuri uyu wa Kane ushize. Ni abagabo, iperereza ryâimpirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Pacifique Nininahazwe nâumunyamakuru Bob Rugurika, Umuyobozi wa RPA, ryasanze […]
RDC: Mai-Mai na RED-Tabara birashinjwa gutwika ingo nyinshi mu misozi miremire ya Uvira
Ibiturage bya Kahundwe, Murambi, Marungu, Kitembe, Rukuka na Bibangwa biravugwa ko byagabweho ibitero nâinyeshyamba za Mai-Mai zifatanyije nâinyeshyamba zâAbarundi zo mu mutwe wa Red-Tabara, zigatwika ingo nyinshi, aho abaturage babwiye Kivutimes kuri uyu wa gatandatu ushize ko ibyo bitero byatangiye mu ijoro ryo kuwa Gatanu, itariki 09 Mata bigakomeza no kuwa Gatandatu, itariki 10 Mata […]
Kuwa 11 Mata 1994: Abatutsi barishwe i Nyanza ya Kicukiro, Save, Kiziguro, Hanika n’ahandi
Ingabo zâAbabiligi zataye impunzi zâAbatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cyâishuri ryâimyuga rya Kigali, (ETO) ryari ishuri ryâabapadiri bâabasalizayani. Kuva 1963 Abatutsi babahungiragaho bakabafasha. Hari hazitije umukwege warasiwemo Abatutsi benshi. Byabaye kuva Abatutsi bageze muri icyo kigo tariki ya 8 Mata 1994 kugeza tariki ya 11/04/1994 bajyanwa kwicirwa I Nyanza […]
VIDEO: Impamvu Umwamikazi Elizabeth II ataryamanaga n’umugabo we Prince Phillip/ Urukundo rutangaje amabanga
Président Kagame reçoit un rapport sur le rÎle de la France dans le génocide contre les Tutsis
L’historien français Vincent Duclert a remis le vendredi 9 avril au prĂ©sident Paul Kagame le rapport de la commission qu’il a prĂ©sidĂ©e sur le rĂŽle de la France dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsis au Rwanda. Cela fait suite Ă la publication du rapport Ă Paris, en France, le 26 mars, qui a […]
Ibyâingenzi byaranze itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1992 âIgice cya I
Mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ubushakashatsi bwa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) bugaragaza ibikorwa bitandukanye byabanje gukorwa hirya no hino mu gihugu byari bigamije kuyitegurira amayira birimo n’ubwicanyi bwibasiye imbaga nko mu Bugesera ahishwe Abatutsi bagera kuri 500 mu ijoro ry’uwa 4 rishyira uwa 5 Werurwe mu 1992. Itangwa ryâintwaro […]
Nyamagabe: Umugabo akurikiranweho gusambanya abana 3 bâimyaka itandatu
Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe kuri uyu wa Kane ushize, itariki 08 Mata 2021 bwashyikirijwe dosiye yâumugabo ucyekwaho icyaha cyo gusambanya abana batatu bâabakobwa bari mu kigero cyâimyaka itandatu. Ku itariki ya 21 Werurwe 2021 nibwo mu Mudugudu wa Ramba, Akagali ka Ramba, Umurenge wa Mata, Akarere ka Nyaruguru, hagaragaye uyu mugabo ukurikiranyweho icyaha cyo […]
Kenya: Rev. Natasha, ikizungerezi cyâumuvugabutumwa, cyahishuye umugabo cyifuza

Reverand Lucy Natasha bivugwa ko ari we muvugabutumwa wâikizungerezi kurusha abandi muri Nairobi, kuri ubu aravuga ko atari we uzabona abonye umugabo bazashyingirana akamufasha gukomeza gukwirakwiza ubutumwa bwiza. Natasha yahishuye amashyushyu afite yo kurongorwa ubwo yari mu kiganiro Episode 2 of Stori Yangu kinyura kuri televiziyo Maisha Magic kuwa Gatandatu. Uyu muvugabutumwa wâimyaka 29 uzwiho […]
VIDEO: Perezida watinye abapolisi agahitamo kwiyahura
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Nyakabanda: Ikosa rimwe ryari ritumye ahira mu nzu ndetse nâabaturanyi bakabigenderamo

Umusore wâingaragu wibana utuye mu Mudugudu wa Gapfupfu, Akagali ka Nyakabanda ya II, mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, ho mu Mujyi wa Kigali, mu gicuku cyo kuri uyu wa 10 Mata 2021, ku isaha ya saa munani zâijoro yari ahiriye mu nzu nyuma yo gutaha yasinze mu masaha akuze yâijoro, yarangiza akagerageza guteka […]
Amafoto: Inkongi yâumuriro yibasiye icyanya cyâinganda muri Kampala

Igipolisi cya Uganda gishinzwe kuzimya inkongi zâumuriro ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu cyahamagajwe mu cyanya cyâinganda giherereye muri Kampala aho inkongi yâumuriro yari yibasiye ububiko butandukanye. Umwotsi mwinshi wagaragaraga mu kirere uturuka mu nganda zimwe mu gihe abashinzwe kuzimya inkongi birukaga bajya gutabara. Nkâuko tubikesha Chimpreports, iyi nkongi bikekwa ko yaba yarahereye mu […]
Kuwa 10 Mata 1994: Bumwe mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi hirya no hino mu gihugu
Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma yâabicanyi yayoborwaga na minisitiri wâintebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda bajyanwa mu Bufaransa byarakomeje, imfubyi 94 bakomoka mu miryango yâabasirikari ba Habyarimana babaga mu kigo cyâimfubyi âSainte-Agatheâ cyari icya Agata Kanziga, umugore wâuwari Perezida wa Repubulika bajyanwe i Paris banyuze i Bangui. Bari baherekejwe nâabantu 34 umwirondoro wabo ntiwigeze utangazwa. […]
SADC igiye kohereza umutwe wâingabo muri Mozambique
Umuryango wâubukungu wâibihugu byo muri Afurika yo hagati (SADC) wemeye kohereza umutwe wâingabo zishinzwe gutabara byihuse (FIB) gufasha igihugu cya Mozambique guhashya umutwe wâiterabwoba ukorana na Islamic State ukomeje guca ibintu mu majyaruguru yâigihugu. Mu itangazo ryasohowe mu Nama idasanzwe yâuyu muryango kuri uyu wa Kane ushize ninjoro, SADC yagaragaje ko yiteguye gufatanya na Guverinoma […]
Nouvel appel au Royaume-Uni pour poursuivre les suspects de génocide
La Haut-Commissaire pour le Rwanda au Royaume-Uni (Royaume-Uni), Yamina Karitanyi, a appelĂ© le Royaume-Uni Ă faire enregistrer les cinq suspects de gĂ©nocide qui se dĂ©placent librement dans le pays europĂ©en depuis 13 ans. Elle a dit cela le jeudi 8 avril, lors d’une commĂ©moration virtuelle du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi qui a fait […]
Abasirikare 10 ba Nigeria bishwe nâabantu bitwaje intwaro
Abantu bitwaje intwaro bishe abasirikare 10 nâumuyobozi muri Leta ya Benue iherereye hagati muri Nigeria. âIngabo za Nigeria zikorera muri Leta ya Benue zagabweho igitero igihe zari mu kazi gasanzwe,â uyu ni umuvugizi wâigisirikare, Mohammed Yerima mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatanu ritasobanuye byinshi ku gihe iki gitero cyabereye. Igisirikare cya Nigeria cyavuze ko […]
VIDEO: Ibigaragaza ko nta gihe u Rwanda rwigeze rurangwa n’ubumwe no kureba imbere nk’ubu// Isanzure
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Ibiro byâUmuryango wâAbibumbye mu Burundi birafunga imiryango vuba aha
Ibiro byâUmuryango wâAbibumbye mu Burundi bigiye gufunga imiryango yabyo ku itariki ya 31 Gicurasi, nyuma yâamezi atanu ubutegetsi bwâu Burundi busabye ko ibi biro bifungwa nkâuko byatangajwe nâumunyamabanga Mukuru kuri uyu wa Kane. Ibi biro byâUmuryango wâAbibumbye mu Burundi byagiye biba intandaro yâumwuka mubi hagati ya Loni nâabategetsi bâu Burundi bakomeje kugaragaza ko ibi biro […]
Muhanga: Urukiko rwakatiye umugabo wari ukurikiranweho kwica umugore we
Umugabo witwa Nsengimana Ildephonse wari ukurikiranyweho nâUbushinjacyaha icyaha cyâubwicanyi yakoreye umugore we , yahamijwe icyaha Urukiko rumukatira igihano cyâigifungo cya burundu. Uyu mugabo utuye mu mu Mudugudu wa Gasiza, Akagali ka Muyunzwe, Umurenge wa Kinihira, Akarere ka Ruhango, yakatiwe ku itariki 6 Mata 2021 nâUrukiko rwisumbuye rwa Muhanga. Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru […]
Yasuzuguwe n’abagabo bakoranye, ubu ni Perezida wa Tanzania â Amateka ya Samia Suluhu

Samia Suluhu Hassan wavutse ku itariki 27 Mutarama 1960, ni umunyapolitiki wo muri Tanzania ubaye perezidawa gatandatu wa Tanzania. Ni umuyoboke wâishyaka CCM (Chama Cha Mapinduzi) riri ku butegetsi kuva igihugu cyabona ubwigenge. Niwe mugore wa gatatu ugeze mu mwanya wo hejuru mu bihugu bigize umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) nyuma ya Sylvie Kinigi mu […]
Umwe mu bahungu ba Lumumba ntakozwa ibyo gusubiza ibisigazwa bya se muri Congo
Mu ibaruwa yandikiwe Umwami wâu Bubiligi urubuga 7sur7.cd rwabashije kubonaho kuri uyu wa Kane, itariki 08 Mata 2021, Guy Patrice Lumumba, umuhungu wâintwari ya Congo, Patrice Emery Lumumba, yitandukanyije nâabifuza ko ibisigazwa byâumurambo wa se bicyurwa bigasubizwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nkâuko byari biteganyijwe ku itariki 30 Kamena. Asobanura impamvu adashyigikiye iki gitekerezo, […]
VIDEO: Rwigara yanze kwitaba RIB/Perezida Kagame yizeye urubyiruko/ibyaranze tariki 8 Mata 1994/Hiryanohino
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Uko abavandimwe babiri, Tsarnaev, batitije Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Ku itariki ya 15 Mata 2013, nibwo haturitse igisasu hafi yo ku murongo wa nyuma abasiganwa muri marathon bagombaga gusorezaho, icyo gihe imihanda ya Boston yari yuzuye abantu bari bitabiriye irushanwa. Abantu batatu igisasu cyarabaturikanye bahise bapfa bakaba bari mu bari baje kureba isiganwa, abarenga 260 barakomeretse,nyuma yaho Polisi yatangiye guhiga bukware abagize uruhare muri […]
Lettre adressĂ©e, par le HCDH, Ă lâAlgĂ©rie au sujet de l’assassinat Ă feu de deux orpailleurs sahraouis Ă©voluant dans les camps de Tindouf
Dans une lettre adressĂ©e, en janvier dernier, au ReprĂ©sentant permanent de l’AlgĂ©rie auprĂšs de l’Office des Nations Unies Ă GenĂšve, par les rapporteurs spĂ©ciaux du Haut-Commissariat aux Droits de l’Homme, ces derniers, ont dĂ©plorĂ© les exĂ©cutions extrajudiciaires de deux rĂ©fugiĂ©s sahraouis nommĂ©s Moha Ould Hamdi Ould Suelem et Ali Idrissi, par les forces de sĂ©curitĂ© […]
Muyinga: Umusirikare yishe umuyobozi wâibanze nyuma yo gukubitwa n’umusivili
Umugabo witwa Moussa Ntikazokura, uri mu kigero cyâimyaka 40, wari umuyobozi w’agace ka Kabeza mu murwa mukuru w’Intara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi, mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu yishwe n’umusirikare mu ngabo zâu Burundi nawe watawe muri yombi. Nkâuko ubuyobozi bwa Komini Muyinga bubitangaza, ibintu byose byatewe nâimirwano yadutse hagati […]
RDC: Uwahoze akuriye ikigo cyâubutasi ushakishwa ari guteza utwe rwihishwa
Itangazo rigenewe itangazamakuru rya Fondation Bill Clinton pour la Paix (FBCP) ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Mata 2021, riravuga ko uwahoze ari umuyobozi wâikigo cyâigihugu gishinzwe ubutasi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR), Kalev Mutond, abinyujije ku bunganizi be mu mategeko, arimo kugurisha imitungo ye igizwe nâinzu nâamamodoka I Kinshasa na […]
Ethiopia: Amakimbirane akaze hagati ya leta ya Afar na Somali yaguyemo abagera ku 100
Byibuze abantu 100 biciwe mu makimbirane hagati ya leta ebyiri zigize Ethiopia nkâuko byatangajwe nâabayobozi bâibanze muri iki gice. Iyi mirwano yadutse kuwa Gatanu, yakomereje kuri uyu wa Kabiri ushize hagati ya Leta za Afar na Somali nkâuko byemejwe na Ahmed Humed, Komiseri wungirije wa Polisi yo muri Afar. Ali Bedel, Umuvugizi wa Leta ya […]
Burundi: Umugabo nâumugore we bishwe nabi kubera gukekwaho amarozi
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko umugabo nâumugore we bishwe mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu muri Zone ya Rubona, Komini Mugina, mu Ntara ya Cibitoke. Aba biravugwa ko bishwe kubera gukekwaho amarozi mu gihe ababishe bahise babura bataramenyekana. Iyi nkuru dukesha SOS Medias Burundi ivuga ko aba bantu […]
France: Minisitiri LeDrian na Meya wa Paris bunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi – Amafoto

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Mata 2021 mu gihe u Rwanda nâIsi byibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 27, mu gihugu cyâu Bufaransa, Ambasaderi François Ngarambe, aherekejwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Bufaransa, Jean Yves LeDrian nâUmuyobozi wâUmujyi wa Paris, Anne Hidalgo, bashyize indabo ku rwibutso rwâinzirakarengane zazize Jenoside yakorewe […]
Neutralisation, en France, dâun projet terroriste imminent grĂące Ă des informations fournies par les Services marocains
La Direction GĂ©nĂ©rale de la Surveillance du Territoire (DGST) a transmis, le 1er avril 2021, aux services de renseignements français extĂ©rieurs et intĂ©rieurs (DGSE-DGSI), des informations prĂ©cises concernant une citoyenne française d’origine marocaine, qui prĂ©parait une opĂ©ration terroriste imminente visant un lieu de culte en France (Ă©glise). Sur la base de ces renseignements, les autoritĂ©s […]
Uganda: Umugabo yishe umugore we akoresheje icumu mbere yo kwiyahura
Igipolisi cya Uganda ahitwa Kajjansi kiri mu iperereza ku rupfu rwâumugabo wishe umugore we amuteye icumu yarangiza nawe akiyahura. Uyu mugabo ushinjwa ubwicanyi no kwiyahura ni uwitwa Bbaale, wateye icumu umugore we, Harriet Nalusiba, bose batuye mu Karere ka Wakiso nkâuko iyi nkuru dukesha Commandonepost ikomeza ivuga. Umuvugizi wâIgipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigire yatangaje ko […]
Congo-Brazza: Urukiko rwashimangiye intsinzi ya Perezida Sassou Nguesso uyoboye imyaka 36
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Mata, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Repubulika ya Congo rwemeje ko Perezida Denis Sassou Nguesso yongeye gutorwa nyuma yâibyavuye mu matora byâagateganyo byamuhaye intsinzi mu byumweru bibiri bishize. Urukiko ruvuga ko Sassou NGuesso yatsinze n’amajwi 88.4 mu gihe uwo bari bahanganye nyakwigendera Guy Brice Parfait Kolelas, yagize 7.96% […]
Ibikorwa byaranze itangiriro rya Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki 07 Mata 1994
Jenoside yakorewe Abatutsi yarateguwe, bikaba bigaragarira mu bikorwa byâubwicanyi, amagambo yâurwango byayibanjirije, ariko byâumwihariko umugambi wa Jenoside ugaragarira mu buryo ubwicanyi bwatangiriye rimwe mu turere tunyuranye twâu Rwanda, ubwicanyi busa, bwibasira abatutsi, abana, abakuze, abagore, abarwayi mu bitaro, mu nsengero na za Kiliziya, nâahandi,… Abateguye Jenoside bamaze guhanura indege ya Habyarimana, Colonel Theoneste Bagosora nâabandi […]
RDC: Abasirikare babiri ba FARDC baguye mu mirwano yabahuje na Raia Mutomboki
Imirwano hagati ya FARDC nâinyeshyamba za Raia Mutomboki kuwa Gatandatu no ku Cyumweru, itariki 04 Mata yaguyemo abasirikare 2 ba leta nâinyeshyamba mu giturage cya Nyatesa muri Gurupoma ya Kalonge, ho muri Teritwari ya Kalehe. FARDC niyo itangaza ko inyeshyamba 4 za Raia Mutomboki ari zo zishwe ku rugamba hagapfa abasirikare babiri bayo. Shasha Rubenga […]
Minisitiri wâIntebe wa Israel yitabye urukiko ku byaha bya ruswa
Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Mata yitabye urukiko mu rubanza akurikiranwemo ibyaha bya ruswa. Icyiciro cyâurubanza kigomba kugaragarizwamo ibimenyetso cyatangiye kuri uyu wa Mbere mu gihe amashyaka ya politiki muri Israel abonana na perezida kugira ngo harebwe uko hashyirwaho guverinoma nyuma yâamatora adasobanutse yo mu kwezi gushize. Aya […]
Nyuma yo kubura ubuyobozi bwa Kampala, Umuhanzi Chameleone yasubiye ku ishuri
Umuhanzi Jose Chameleone wo mu gihugu cya Uganda biravugwa ko yasubiye ku ishuri nyuma yâigihe kirekire yaratwawe nâumuziki. Uyu muhanzi mu mazina ye nyakuri witwa Joseph Mayanja, aherutse kugaragaza ifoto ye ari hanze ya Kaminuza ya Cevendish muri Kampala, ashyiraho caption ya emoji yâibitabo. Ikinyamakuru Nairobi News kivuga ko uyu muhanzi yaba yiyandikishije mu cyiciro […]
Hong Kong: Bari mu myigaragambyo yamagana amabwiriza yo gukumira Covid-19
Itsinda ryâabafite utubari, karaoke nâibindi bikorwa bifitanye isano muri Hong Kong bari mu myigaragambyo yamagana ingamba zafashwe mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19 zatumye bamara umwaka badakora. Iyi myigaragambyo yâiminsi ine yatangiriye hanze yâibiro bikuru bya Guverinoma ya Hong Kong ku Cyumweru bibuka umwaka umwe wari ushize abayobozi bashyizeho bwa mbere amabwiriza yo […]
Umusirikare wa Kenya yaguye mu mirwano hagati ye nâumugore we
Umusirikare mu Gisirikare cya Kenya (KDF) yahuye nâurupfu nyuma kurwana nâumugore we mu rugo rwabo ahitwa Kahawa Wendani. Uyu musirikare wâimyaka 37 witwa Daniel Omollo Onyango, byatangajwe ko yapfuye ubwo yagezwaga ku Kigo Nderabuzima cya Kahawa, muri Kiambu. Amakuru yatangajwe na polisi avuga ko iyi mirwano yadutse kuri iki Cyumweru cya Pasika, nyuma ya saa […]
Umugore wâimyaka 85 yishwe nâimbwa zimusanze iwe
Umugore wâimyaka 85 kuwa Gatanu yishwe nâimbwa ebyiri zâimpehe zimusanze mu busitani bwâiwe ahitwa Rowley Regis, hagati mu gihugu cyâu Bwongereza nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru . Nyakwigendera witwa Lucille Downer, yari mu busitani bwe ubwo izi mbwa zinjiraga iwe ziciye mu cyanzu cyo mu ruzitiro. Nyuma yâakanya ziri kumugaragura, byarangiye uyu mugore wari ugeze […]
Perezida Paul Kagame ategerejwe mu ruzinduko mu Buhinde mu mpera za Mata
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ategerejwe mu gihugu cyâu Buhinde mu mpera zâuku kwezi kwa kane, mu ruzinduko rwa mbere rwâumukuru wâigihugu wo muri Afurika mu Buhinde kuva icyorezo cya Covid-19 cyaduka nkâuko biri gutangazwa nâibinyamakuru bitandukanye byo mu buhinde birimo Dnaindia.com dukesha iyi nkuru. Ibihugu byâu Rwanda nâu Buhinde byakomeje kugaragaza imibanire myiza yanagaragaye […]
Indi Ntambara yâIsi ishobora gutangirira muri Ukraine mu gihe kitarenze ukwezi

Impuguke zatanze umuburo zivuga ko indi ntambara yâIsi ishobora kwaduka mu byumweru bine biri imbere nyuma yâaho Perezida Vladimir Putin akomeje kurunda ingabo nâibikoresho biremereye ku mupaka wâu Burusiya na Ukraine. Uruhererekane rwâibimodoka byâintambara byâimitamenwa bya âTanksâ nâizindi modoka za gisirikare zisanzwe zâimitamenwa byatwarwaga ku bwinshi byafotowe byerekezwa mu burasirazuba bwa Ukraine hafi yâintara ya […]
Umuraperi Earl Simmons uzwi nka DMX ari hagati yâurupfu nâubuzima
Umuraperi wâUmunyamerika Earl Simmons uzwi nka DMX yajyanwe huti huti mu bitaro nyuma yo gufata ibiyobyabwenge birengeje urugero aho bivugwa ko ari hagati yâurupfu nâubuzima. Urubuga rwa TMZ nirwo rwashyize aya makuru ku mugaragaro bwa mbere ruvuga ko uyu muraperi uvuka muri Leta ya New York yakiriwe mu bitaro bya White Plains. Amakuru atandukanye yatangazwaga […]
Mu Bwongereza barindwi bamaze gupfa nyuma yo gukingirwa na AstraZeneca
Abantu barindwi nibo bamaze gupfa mu Bwongereza bitewe no kwibumba kwâamaraso nyuma yo guhabwa urukingo rwa AstraZeneca nkâuko byatangajwe nâikigo gishinzwe imiti muri iki gihugu. Ibi bije nyuma yâaho mu minsi ishize hakomeje kugaragara abantu bakeya bagizwe ingaruka zo kwibumba kwâamaraso nyuma yo guhabwa uru rukingo ndetse mu bihugu bimwe na bimwe bakaba bari bahagaritse […]
La demande de libération anticipée du Col. Bagosora rejetée
Le gouvernement rwandais a fĂ©licitĂ© le MĂ©canisme international rĂ©siduel pour les tribunaux pĂ©naux (IRMCT) pour avoir rejetĂ© la demande de libĂ©ration anticipĂ©e du cerveau du gĂ©nocide condamnĂ©, ThĂ©oneste Bagosora. Cet ancien chef militaire de 79 ans avait dĂ©posĂ© une demande de libĂ©ration anticipĂ©e auprĂšs du prĂ©sident de l’IRMCT, indiquant que, s’il Ă©tait libĂ©rĂ©, il aimerait […]
Mali: Abarikare 4 bâUmuryango wâAbibumbye biciwe mu gitero gikaze ku kigo cya Minusma
Abasirikare bane bâUmuryango wâAbibumbye bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Mata, biciwe mu gitero cyagabwe ku nkambi yabo. Imibare yâagateganyo yatanzwe na Loni, ivuga ko abasirikare bane bishwe abandi benshi bagakomereka kuri uyu wa Gatanu ushize mu gitero cyagabwe ku nkambi ya Minusma iherereye ahitwa Aguelhoc, […]
U Bwongereza bugiye gufasha RDC kugarura umutekano mu burasirazuba

Guverinoma yâu Bwongereza iravuga ko igiye gufasha Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu bikorwa byo kugarura umutekano mu burasirazuba bwâigihugu. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Mata 2021, Perezida Felix Tshisekedi Tshilombo, yakiriye Ambasaderi wâu bwongereza muri RDC, Emily Maltman, aho ibiganiro bagiranye byibanze ku bufasha u Bwongereza bushaka guha RDC mu rugamba irimo rwo […]
Colonel yishe ukora mu kabari/Kubera iki abaturage bakomeza gusiragizwa ku mitungo yabo?#Hiryanohino
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
RDC: Uwayoboraga urwego rwâiperereza ugishakishwa yasabye kuzaburanira mu ruhame
Kalev Mutond wahoze ari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR), abinyujije mu ibaruwa abamwunganira bashyikirije umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’ubujurire rwa Kinshasa / Gombe, urubuga 7SUR7. CD rwaboneye kopi kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 02 Mata, 2021, yasabye ko impapuro zo kumuta muri yombi yashyiriweho zavanwaho kugirango […]
Al Shabab yatereye icya rimwe ibigo bibiri bya gisirikare initambika ubutabazi
Intagondwa za Al Shabaab muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu zabyutse zigaba ibitero ku bigo bibiri byâigisirikare cya Somalia ndetse zibasha no kwitambika imodoka za gisirikare zari zivuye mu murwa mukuru zitabaye. Uyu mutwe wa Al Shabab ukunze gushinjwa gukorana na Al Qaida ugizwe nâintagondwa zigendera ku mahame akaze ya kisilamu umaze imyaka […]
Amabwiriza mashya agenga imikoreshereze yâinsengero mu gihe cya Covid-19

Minisiteri yâubutegetsi bwâigihugu ishingiye ku byemezo byâinama yâabaminisitiri yo kuwa 15 Werurwe 2021 yemereye insengero zahawe uburenganzira kuko zujuje ibisabwa gukomeza gukora, kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Mata yasohoye amabwiriza agomba kugenga imikoreshereze yâinsengero mu gihe cya Covid-19. Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Boko Haram yigambye guhanura indege yâindwanyi ya Nigeria yari yaburiwe irengero
Umutwe wâiterabwoba wa Boko Haram wigambye ko ari wo wahanuye indege yâintambara yâIgisirikare cyo mu kirere cya Nigeria (NAF) muri video yasohoye kuri uyu wa Gatanu nyuma yâiminsi ibiri iyi ndege ibuze kuri radar. Ibiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, dukesha iyi nkuru biravuga ko bitabashije kugenzura niba iyi video ari umwimerere. Ibura ryâiyi ndege yâintambara yo […]
Le SĂ©nat demande la fin des malversations d’expropriation
La sĂ©ance plĂ©niĂšre du SĂ©nat qui s’est tenue pratiquement le jeudi 1er avril a demandĂ© au gouvernement de fournir une feuille de route sur la maniĂšre dont il rĂ©glera les arriĂ©rĂ©s d’indemnisation dus aux expropriĂ©s. Le SĂ©nat a dĂ©clarĂ© que les personnes expropriĂ©es devraient obtenir une compensation Ă©quitable pour leur propriĂ©tĂ©. Les sĂ©nateurs ont pris […]