U Rwanda narwo ruvugwaho kumviriza Abanyekongo barimo Mende rukoresheje Pegasus
Nyuma yâamakuru yasakaye hirya no hino kuri uyu wa Mbere ashinja ikigo cyo muri Israel, NSO Group gukoresha software yacyo ya Pegasus mu kwinjira no kuneka ibivugirwa kuri telephone zâabantu mu bihugu bitandukanye birimo nâu Rwanda, ikigo OCCRP (Organized Crime and Corruption Reporting Project) nacyo cyashinje u Rwanda gukoresha iyi software mu kumviriza Abanyekongo barimo […]
RIB confirme l’arrestation du directeur de “One Stop Center” de la ville de Kigali
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© l’arrestation de Benon Rukundo, le directeur de “One Stop Center” de la ville de Kigali pour avoir omis de justifier sa fortune et ses abus de pouvoir. Rukundo, 34 ans, a Ă©galement Ă©tĂ© directeur par intĂ©rim de l’urbanisme de la ville de Kigali. Selon Thierry Murangira, le […]
RIB yataye muri yombi ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali. Nkâuko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi wa RIB, Rukundo […]
Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze

Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 zâAmanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 zâAmadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rwâimodoka 15 zihenze dukesha Luxe Digital, ari Bugatti La Voiture Noire igura miliyari zisaga 18 zâAmanyarwanda, ku mwanya wa […]
Ifoto itangaje yâumufasha wa Perezida wâu Burundi, Angeline Ndayishimiye, byinshi ku buzima bwe

Hari abantu bakomeye mu buyobozi bwa buri munsi bwâibihugu byabo, icyakora ntabwo ari kenshi uzumva ubuzima bwabo nâubuhanga bwabo. Aba ni abafasha bâabaperezida, bamwe muri bo bakaba ari abanyapolitiki nâabarwanashyaka bagiye bafatanya mu ngendo za politiki na bagenzi babo kugeza igihe bageze ku butegetsi. Ni muri urwo rwego BBC muri iki cyumweru yatangije urukurikirane rw’inkuru […]
Ibihugu 10 bifite amahoro nâibihugu 10 bidatekanye ku Isi ku rutonde rwa GPI

Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cyâibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi hakurikijwe urwego rwâamahoro. Afurika ifite ibihugu bitanu ku rutonde rwâibihugu 10 byiganjemo amakimbirane nâumutekano mucye ku Isi. Kuri uru rutonde wakwita urwâumukara, hagaragaraho ibihugu nka Afghanistan, Yemen, Syria, Sudani y’Epfo […]
RDC: Haravugwa umushinga wâitegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati yâabashyigikiye Katumbi nâabashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma yâumushinga wâitegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolitĂ© ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida nâindi mirimo ya leta, abantu badafite ba se na ba nyina bâAbanyekongo. Ni umushinga wamaganwa cyane cyane nâishyaka rya Moise Katumbi, […]
Minisitiri Gatabazi yijeje ko nta muturage uzasonza muri ibi bihe bya Guma mu rugo

Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Jean-Marie Vianney Gatabazi, yijeje abaturage ko hari ibiribwa bihagije ku baturage ba Kigali nâuturere umunani turi muri Guma mu rugo, avuga ko nta n’umwe uzasonza kubera gufunga. Ibi byavuzwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 18 Nyakanga mu kigo cyâigihugu gishinzwe ingamba mu Karere ka Kicukiro. Yatanze ibisobanuro mbere yo gukwirakwiza ibiribwa ku […]
U Burusiya: Umuyobozi w’umujyi mu bantu 28 baguye mu mpanuka y’indege
Indege yari irimo abantu 28 kuri uyu wa Kabiri yakoreye impanuka mu burasirazuba bwâu Burusiya nkâuko byatangajwe nâabayobozi bavuganye nâitangazamakuru mu gihe umuntu umwe warokotse ataraboneka. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Antonov An-26, yari mu rugndo iturutse mu murwa mukuru wa Petropavlovsk-Kamchatsky igana ahitwa Palana, igiturage giherereye mu majyaruguru yâumwigimbakirwa wa Kamchatka ubwo yaburaga […]
Gakenke: Un chef local dĂ©tenu pour des allĂ©gations de torture et d’agression
Le secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur Muhondo dans le district de Gakenke a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© avec deux autres personnes et fait l’objet d’une enquĂȘte pour torture et agression intentionnelle. Les arrestations ont Ă©tĂ© confirmĂ©es par Thierry Murangira, le porte-parole du Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB), qui a dĂ©clarĂ© qu’elles avaient eu lieu les 5 et 6 juillet. […]
Menya ahantu u Rwanda rufite ambasade na zimwe mu nyubako zikoreramo

U Rwanda kugeza ubu rufite ambasade 17 mu bihugu byo muri Afurika, ebyiri muri Amerika, umunani muri Aziya, umunani mu Burayi, n’ebyiri mu miryango Mpuzamahanga nk’uko tugiye kubigarukaho tubikesha Wikipedia. Mu bihugu byo muri Afurika u Rwanda rufitemo ambasade harimo Angola, Burundi, RDC, Repubulika ya Congo, Misiri, Ethiopia, Ghana, Kenya, Maroc, Nigeria, Senegal, Afurika y’Epfo, […]
Louise Mushikiwabo yohereje indorerezi zâamatora muri Moldavia
Ku butumire bwa Repubulika ya Moldavia, Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yashyizeho itsinda ryâindorerezi zizakurikirana imigendekere yâamatora yâabagize inteko ishinga amategeko muri iki gihugu ateganyijwe ku itariki 11 Nyakanga 2021. Izi ntumwa zoherejwe mu butumwa buzwi nka âMission Ă©lectorale de la Francophonie (MEF)â, ziyobowe na Madamu Eva Descarrega Garcia, Ambasaderi wa Andorre mu Bufaransa […]
Lt. Gen. Philémon Yav wari woherejwe i Minembwe yahakuwe adasohoje inshingano ze
Lieutenant GĂ©nĂ©ral PhilĂ©mon Yav, wari woherejwe i Minembwe kuyobora zone ya 3 yâubwirinzi i Minembwe yahatiwe kuva aha hantu adasoje inshingano zahamujyanye. Uyu musirikare yari yageze i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo yahawe inshingano zo kurandura imitwe yitwaje intwaro yâananyagihugu nâabanyamahanga ikorera mu mu misozi miremire yo muri iki gice. […]
U Bushinwa ntibwishimiye ko u Buyapani bushobora gutabara Taiwan igihe yaterwa

Igihugu cyâu Bushinwa cyarakajwe nâamagambo ya Minisitiri wâIntebe wâu Buyapani watangaje ko igihugu cye kizarinda ikirwa cya Taiwan gifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nikiramuka gitewe nâu Bushinwa bugifata nkâubutaka bwacyo. U Bushinwa ntibwigeze bureka igitekerezo cyo gukoresha ingufu mu kongera kwiyomekaho Taiwan kandi imyitozo ya gisirikare bumaze iminsi bukora hafi yâiki kirwa yongeye […]
Kenya: Ruto na Odinga batangiye gusebanya mbere yâamatora bazahuriramo mu 2022

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yibasiye ku mugaragaro umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi, Raila Odinga, abona nkâumwe mu bakomeye mu bo bazaba bahanganye mu matora rusange yo mu 2022. Kuri iki Cyumweru, itariki ya 4 Nyakanga 2021, ku birego atigeze ashyira ahagaragara mbere, Ruto yavuze ko Odinga wahoze ari umusangirangendo we muri politiki, yamunzwe na […]
RDC: Uwari ukuriye ubutasi wihishe yavuze ko yiteguye kwigaragaza agira ibyo asaba
Kalev Mutond, wahoze ari umuyobozi wâurwego rwâubutasi rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ANR) yongeye kumvikana nyuma yâigihe yarihishe inzego zâubutebera zimukurikiranyeho ibyaha birimo kugerageza kwica agira ibyo asaba kugirango azishyikirize ubutabera ari umuntu widegembya. Uyu mugabo akurikiranweho ibyaha birimo guta muri yombi binyuranyije nâamategeko, gufata abo yataye muri yombi mu buryo bwa kinyamanswa no […]
Kagame accueille l’envoyĂ© spĂ©cial du Mali

Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu dimanche 4 juillet l’ambassadeur Abdoulaye Diop, ministre malien des Affaires Ă©trangĂšres et de la CoopĂ©ration internationale au Village Urugwiro. L’ambassadeur Diop Ă©tait dans le pays en tant qu’envoyĂ© spĂ©cial avec un message du colonel Assimi Goita, prĂ©sident de la transition et chef de l’Ătat du Mali. La Cour constitutionnelle […]
Hafashwe umupolisi ushinjwa gucuruza abantu bavanwa mu Kenya bajyanwa mu Rwanda
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi umupolisi wacyo mu gihe undi yaburiwe irengero, bashinjwa gucuruza abantu babakuye muri Kenya babajyana mu Rwanda. Umuyobozi wungirije w’akarere ka Busia, Mathew Tusubira, avuga ko aba bombi bashinjwa gucuruza Abanyekongo batandatu 6 bakuwe muri Kenya banyuze muri Busia bajya mu Rwanda. Tusubira avuga ko uwitwa Wetaka yarokotse gutabwa muri […]
Gasabo: Abantu 22 bo mu bihugu 3 bya EAC bashatse kwiba Equity Bank barakatiwe
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwahanishije igifungo cyâ imyaka umunani umutwe ugizwe nâ abantu 22 bakomoka mu bihugu bitatu ari byo u Rwanda, Kenya na Uganda, nyuma yo gusanga bahamwa nâibyaha bitanu baregwa nâ Ubushinjacyaha birimo gushyiraho umutwe wâabagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo, kugera mu buryo butemewe ku makuru abitse muri mudasobwa cyangwa mu rusobe rwa […]
Uvira: Abarundi 20 batawe muri yombi bashinjwa ibikorwa byo gushimuta
Abarundi 20 nâAbanyekongo 8 bakekwaho ibikorwa byo gushimuta abana mu Mujyi wa Uvira batawe muri yombi nâinzego zâumutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mukwabu wateguwe mu majyaruguru yâuyu mujyi wa kabiri muri Kivu yâAmajyepfo. Mu kiganiro nâitangazamakuru kuwa Gatandatu ushize, itariki 03 Nyakanga, Umuyobozi wâUmujyi wa Uvira, Pasiteri Kiza Muhato, yavuze ko abo […]
Burundi: Umuyobozi wa Gereza ya Muramvya afunzwe akekwaho uruhare mu gitero cyishe 18
Umuyobozi wa Gereza ya Muramvya, TĂ©lĂ©sphore Manirambona yatawe muri yombi ku itariki 28 Kamena nyuma yo guhatwa ibibazo igihe gito nâabakozi bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Ubutasi, SNR, aho akekwaho kugira uruhare mu gitero giherutse guhitana abantu 18 ahitwa Rutegama muri week-end ishize. Uyu kuri ubu bivugwa ko afungiwe muri kasho ya SNR i Bujumbura. Nkâuko amakuru […]
Abana 200 bâAbanyarwanda barabimburira abandi gutorezwa mu ishuri rya Paris Saint-Germain
Abana bâAbanyarwanda bagera kuri 200 ni bo bazaba bagize icyiciro cya mbere cyâabagiye guhugurirwa umupira wâamaguru mu ishuri ryâikipe ya Paris Saint-Germain rizatangira gukorera mu Rwanda muri Nzeri nkâuko byatangajwe na Ferwafa. Guhera ku ya 21 Kamena 2021, ikipe yâabatoza ya PSG-Academy yatangiye urugendo rwo gushakisha abakinnyi 200 ba mbere bazahugurirwa muri iri shuri mu […]
Imbunda yishe Kaweesi yanakoreshejwe mu gitero kuri Gen Katumba, dore uko cyagenze
Igipolisi cya Uganda kiravuga ko cyageze ku makuru akomeye mu iperereza ryacyo ku gitero giherutse kugabwa kuri minisitiri wâimirimo nâubwikorezi wa Uganda, Gen. Katumba Wamala, kigahitana umukobwa we nâumushoferi, aho kuri ubu bivugwa ko imwe mu mbunda zakoreshejwe icyo gihe yafashwe yanakoreshejwe mu gitero cyahitanye AIGP Angrew Kaweesi wahoze ari umuvugizi wâigipolisi mu 2017. Abagabo […]
Kinshasa: Laurent Gbagbo yasuye inshuti ye Jean-Pierre Bemba
Nyuma yo kuva muri gereza yâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha no gusubira mu gihugu cye cya Cote dâIvoire ku itariki 17 Kamena, Laurent Gbagbo wahoze ari pererezida wâiki gihugu yakoreye urugendo rwe rwa mbere hanze yâigihugu cye I Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Nyakanga. Ni urugendo […]
RDC: Kwanga gufata urukingo rwa Covid-19 kwa Perezida Tshisekedi kwaciye igikuba
Amakuru aturuka mu nzego zâubuzima akomeje gukwirakwira aravuga kuri Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, nâurukingo rwa AstraZeneca. Perezida Tshisekedi biravugwa ko atarikingiza kandi akomeje kunenga uru rukingo avuga ko atizeye. Ibi bikaba bihabanye nâimbaraga guverinoma ikomeje gushyiramo ngo ishishkarize abaturage kwemera gukingirwa icyorezo cya Covid-19 gikomeje kubica bigacika hirya no hino […]
Putin avuga ko barasa ubwato bwa UK kandi intambara yâIsi ntibe kuko bazi ko batayitsinda
Perezida wâu Burusiya, Vladmir Putin yishingoye ku bihugu byâibihangange byo mu burengerazuba bwâIsi avuga ko ingabo zâu Burusiya zishobora kurohamisha ubwato bwâintambara bwâAbongereza kandi nâiyo ntambara ya gatatu bavuga yahita ikurikiraho ntibe kuko bizi ko nâiyo yaba bitayisohakanamo intsinzi. Ni nyuma yâaho u Burusiya bwari buherutse guha gaspo aya mato yâu Bwongereza buvuga ko nihagira […]
Abakuru bâibihugu 4 bya Afurika bahuriye muri Zambia mu gusezera Kenneth Kaunda

Abaperezida bâibihugu bigera kuri bine byo muri Afurika kuri uyu wa gatanu, itariki ya 02 Nyakanga bahuriye i Lusaka muri Zambia aho bitabiriye imihango yo gusezera bwa nyuma umukambwe Kenneth Kauunda uherutse kwitaba Imana ku myaka 97 yâamavuko. Abo bakuru bâibihugu barimo uwa Ghana, Kenya, Afurika yâEpfo na Zimbabwe. Nyakwigendera kenneth kaunda yibukirwaho kuba yarayoboye […]
RDC: Abantu 8 barimo abagore nâumwana bakekwaho gukora na ADF bishwe nâabaturage
Abantu umunani bakekwaho kuba bakorana nâabarwanyi ba ADF kuri uyu wa Kane, itariki 01 Nyakanga bishwe nâabaturage barakaye mu gace ka Mambila gaherereye mu majyepfo ya Komanda, agasantere kâubucuruzi ko muri Sheferi ya Basili muri Teritwari ya Irumu mu ntara ya Ituri, ku wa kane Nyakanga 01, 2021. Abashinzwe umutekano aho hantu berekana ko abagore […]
Imodoka 10 za mbere zâabaperezida zihenze muri Afurika

Abakuru bâibihugu bo muri Afurika kimwe nâabandi ku Isi nabo bagenda mu modoka zâimitamenwa usanga ziba zihenze mu rwego rwo kwizera ko umutekano wabo urinzwe nkâabantu baba bafite inshingano zikomeye kandi bagendana amabanga akomeye yâigihugu, akaba ari muri urwo rwego twifuje kubagezaho imodoka 10 za mbere zihenze zâabakuru bâibihugu muri Afurika bitewe nâubushobozi bwazo bwâubwirinzi. […]
Bangui: U Burusiya bwohereje abandi barimu 600 bagiye gutoza abashinzwe umutekano
U Burusiya bwohereje abandi barimu ba gisirikare bagera kuri 600 baherutse gusesekara i Bangui bagiye gutoza Igisirikare cya Centrafrica biyongera ku bandi bari bahasanzwe bakaba babaye 1,135 nkâuko byemejwe kuri uyu wa Kane nâumudipolomate wâUmurusiya avugana nâIbiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP. Mu gisubizo cyanditse, minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya nayo yemeje aya makuru igira iti â […]
Abarwariye mu bitaro Covid-19 bikubye inshuro esheshatu, 10 yabahitanye- Minisante
Mu gushize kwa Gatandatu abarwaye Covid-19 barwariye mu bitaro bikubye inshuro esheshatu nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâubuzima ivuga ko hagaragaye impinduka zikomeye zâubwandu bwa COVID-19. Ibi kandi byatumye nâabakenera umwuka biyongera ku rwego rutari rwarigeze rubaho kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020. Minisiteri yâubuzima mu isesengura ryayo ivuga ko ukwezi kwa Kamena […]
L’exĂ©cution des dĂ©cisions de justice passe au numĂ©rique
Le ministĂšre de la Justice a annoncĂ© que l’exĂ©cution des dĂ©cisions de justice se fera par voie numĂ©rique Ă compter du vendredi 2 juillet. Le nouveau dĂ©veloppement a Ă©tĂ© annoncĂ© dans un communiquĂ© publiĂ© le mercredi 30 juin. Les dĂ©cisions de justice qui devraient ĂȘtre modifiĂ©es en ligne incluent la gestion, la location, la vente […]
Uganda: Hafashwe abandi bagabye igitero kuri Gen. Katumba uwari ubayoboye aricwa

Inzego zâumutekano zitandukanye za Uganda ziravuga ko zataye muri yombi abandi bantu bane barimo uwari uyoboye agatsiko kâabantu bakekwaho kugaba igitero kuri Gen Katumba Wamala ku itariki 01 Kamena 2021 cyahitanye umukobwa we nâumushoferi akarokokana nâumurinzi we. Uyu bivugwa ko ari we wari uyoboye aka gatsiko kiswe akâiterabwoba kâimbere mu gihugu, we ngo yashatse no […]
Minembwe: Abagore bane nâumusore umwe b’Abanyamulenge bishwe barashwe
Mu kiganiro yahaye KivuTimes mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki ya 01 Nyakanga 2021, umwe mu baturage bo muri Minembwe, yatangaje ko aho gukemura ikibazo cyâumutekano mucye aha hantu, kuhagera kwa Lt. Gen. Yav Philemon kwarushijeho gukaza ikibazo. Abantu barimo umusore umwe nâabagore bane, bivugwa ko kuri uyu wa Gatatu saa 18h00 barasiwe […]
U Bushinwa nâu Burusiya bishobora kugaba igitero gitunguranye kuri Hawaii – u Buyapani
Umuyobozi mukuru wâingabo mu Buyapani yaburiye Amerika ko igomba kwitegura igitero gitunguranye nkâicyagabwe kuri Pearl Harbour mu ntambara ya 2 yâIsi, avuga ko kirimo gutegurwa nâu Burusiya nâu Bushinwa muri Hawaii kuko imyitozo ibihugu byombi biri gukorana idahangayikishije gusa Taiwan. Muri iki cyumweru, Depite Yasuhide Nakayama yabwiye ikigo cya Hudson ati: “Tugomba kwerekana ingaruka ku […]
Ethiopia iritegura kongera gufata Mekelle kandi ngo TPLF izahura nâakaga itigeze ibona
Umuvugizi wa Guverinoma ya Ethiopia, yatangaje ko ingabo zâiki gihugu zishobora kongera kwinjira mu murwa mukuru wa Tigray mu byumweru biri imbere nyuma yâaho uherutse kwigarurirwa nâabarwanyi ba TPLF mu cyumweru gishize. Ni ku nshuro ya mbere Leta ya Ethiopia igize icyo itangaza kuva umurwa mukuru wa Tigray, Mekelle, wakongera kwigarurirwa nâingabo za TPLF. Ibiro […]
D. Rumsfeld wayoboye Pentagon uvugwaho uruhare mu mpfu zâabasaga 400,000 yapfuye
Donald Rumsfeld wahoze ari minisitiri wâingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wakoranye na ba perezida, Gerald Ford na George W. Bush, ndetse akaba avugwaho kuba yaragize uruhare mu mpfu zâabantu basaga 400,000 mu ntambara yo muri Irak, yasezeye ku Isi yâabazima ku myaka 88 yâamavuko. âNi n’akababaro gakomeye dusangije amakuru y’urupfu rwa Donald Rumsfeld, […]
Musanze: Umugabo arakekwaho gusimbuza umugore umwana we w’imyaka 8
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Musanze kuwa Kabiri ushize, itariki ya 29 Kamena 2021 rwashyikirije urukiko dosiye bukurikiranyemo umugabo uregwa gusambanya umwana yibyariye wâimyaka umunani yâamavuko. Ni icyaha cyakozwe mu bihe bitandukanye gikorerwa aho uregwa atuye mu Mudugudu wa Rutemba, Akagari ka Buruba, Umurenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze. Kugira ngo bimenyekane ni uko abarimu […]
Jean-Claude Iyamuremye condamné à 25 ans pour crimes de génocide
La Chambre spĂ©ciale de la Haute Cour pour les crimes internationaux et transnationaux a reconnu Jean-Claude Iyamuremye coupable de gĂ©nocide et l’a condamnĂ© Ă 25 ans de prison. L’homme de 46 ans Ă©tait accusĂ© d’avoir Ă©tĂ© chef de la milice Interahamwe Ă Kicukiro lors du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsis, en plus d’ĂȘtre un […]
Abana ba Harry na Meghan ntibazitwa ibikomangoma Charles naba umwami
Igikomangoma Charles biravugwa ko cyaba cyabwije ukuri umuhungu wacyo, Igikomangoma Harry nâumugore we, Meghan Markle, ko abana babo, Archie na Lilibet, batazitwa ibikomangoma naramuka afashe ikamba ryâubwami asimbuye nyina, Umwamikazi Elisabeth. Ni mu gihe ubusanzwe biteganyijwe ko abuzukuru bâumwami bahita bafata title yâibikomangoma, bivuze ko Archie na Lilibeth bari kuzitwa ibikomangoma mu gihe sekuru yari […]
Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana
Amakuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko Mukeshabatware Dismas wamenyekanye cyane kuri Radio y’Igihugu (RBA) no mu makinamico kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Kamena 2021 yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Faisal, aho yari yakiriwe kuri uyu wa Kabiri. Amakuru yashyizwe ahagaragara nâabana be kuri rumwe mu rubuga rwa whatsApp rwa […]
MINUSCA: Christophe Bizimungu wavuye mu Rwanda ari Komiseri wa Polisi ubu ari kwitwa general

CP Christophe Bizimungu, wo mu gipolisi cyâu Rwanda watangiye kuri uyu wa kabiri, itariki 29 Kamena inshingano ze zo kuyobora Igipolisi cyâUmuryango wâAbibumbye muri (UNPol) gikorera muri Centrafrica, kuri ubu arimo kwitwa General mu nkuru zitandukanye zirimo kumugarukaho harimo nâigaragara ku rubuga rwa Loni. Uru rubuga ruravuga ko General wa Polisi Christophe Bizimungu yasimbuye Umufaransa […]
Abagize Urwego rwâUmuvunyi na bo bashyikirije Sena Inyandiko zâImenyekanishamutungo

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 28 Kamena 2021, Biro ya Sena yâu Rwanda yayoboye umuhango wo kwakira Inyandiko zâImenyekanishamutungo yâUmuvunyi Mukuru nâAbavunyi Bungirije, Mukama Abbas na Yankurije Odette, nâiyâabandi bakozi bâUrwego rwâUmuvunyi, watangiye saa yine nâigice za mugitondo (10h30) uyobowe na Perezida wa Sena. Perezida wa Sena, Nyakubahwa Dr. Iyamuremye Augustin yashimye Urwego rwâUmuvunyi […]
Prof. Duclert wakoze raporo ishinja u Bufaransa uruhare muri jenoside ari mu Rwanda

Umufaransa Prof Vincent Duclert wayoboye itsinda ry’abashakashatsi b’Abafaransa bacukumbuye uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi ari mu Rwanda aho mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bw’Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse, IBUKA. Prof Duclert yaje aherekejwe n’itsinda rigizwe na bamwe mu bagize komisiyo ye baboneyeho gushyikiriza IBUKA kopi ya raporo Duclert yanzuye […]
Bwa mbere Tshisekedi yasubije abamushinja kuba inyuma y’ifungwa rya Kamerhe
âNta gicucu cy’ubwumvikane buke hagati yanjye na Vital Kamerheâ, ibi byatangajwe na FĂ©lix Tshisekedi mu kiganiro cyihariye yagiranye na Jeune Afrique, aho yasubizaga abamushinja kuba inyuma yâifungwa ryâuwahoze ari Umuyobozi wâibiro bye. « Nta mubare uwo ari wo wose nigeze mbara cyangwa gukoresha umuntu uwo ari we wese kugirango abe ari aho ari uyu munsi. […]
Muhanga: Urukiko rwasabiye igihano uwashatse kwica umugore we bikamupfubana
Mu mpera zâicyumweru gishize Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye igihano cyâigifungo cyâimyaka 25 umugabo ukekwaho gushaka kwica umugore we ariko u mugambi we ukaba waraburijwemo n’abaturanyi ubwo abana bavugije induru batabariza nyina. Uyu mugabo wâimyaka 41 kuri ubu afungiye muri station ya polisi ya Nyamabuye, akaba akekwaho kuba ku itariki ya 31/5/2021, ubwo yari […]
Perezida Tshisekedi yababariye umudepite wari wafunzwe azira kumwubahuka
Perezida Felix Tshisekedi yababariye umudepite wari wafunzwe azira kumwubahuka amuvugaho amagambo mabi amwita umubeshyi avuga ko yananiwe kubahiriza ibyo yasezeranyije abaturage bo muri Ituri. Mu byishimo byinshi nyuma yo kurekurwa Depite, Jean-Bosco Asamba yagize ati âUmukuru wâigihugu yategetse ko ndekurwa binyuze kuri guverineri wâumusirikare wâintara,â Uyu mudepite yari yatawe muri yombi ku Cyumweru gishize, ahatwa […]
Le ministre Biruta en Italie pour le sommet du G20

Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres et de la CoopĂ©ration internationale, Vincent Biruta, est arrivĂ© mardi Ă Matera, dans le sud de l’Italie, pour la rĂ©union ministĂ©rielle du G20. Selon le ministĂšre rwandais des Affaires Ă©trangĂšres, le Dr Biruta a Ă©tĂ© reçu par son homologue Luigi Di Maio. La rĂ©union des ministres des Affaires Ă©trangĂšres du […]
Impamvu abagabo bagomba guhindura imyumvire bafite ku bagore
Umuyobozi wa RWAMREC, Nzabonimana Venant, asaba abagabo guhindura imyumvire bafite ku bagore, ngo kuko baba bigisha abahungu babo. Asanga iyo umugore ahohoterwa bigira ingaruka ku buzima bwâumuryango wose. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga inama mpuzamahanga ya gatatu, yavugaga ku ruhare rwâumugabo mu kwimakaza ihame ryâuburinganire âUbuntu Symposium , 3 rd Global MenEngage Symposiumâ. Ni inama ikorwa […]
Nigeria, igihugu cya Afurika gikize kiri muri 12 bya mbere ku Isi bifite injiji nyinshi

Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku burezi, ubuhanga nâumuco, UNESCO, rivuga ko uburezi cyangwa kugera mu ishuri ari bumwe mu buryo bwo guha imbaraga zo kwibeshaho abaturage, umuryango cyangwa sosiyete muri rusange, rikaba ryagereranyije urugero rwâuburezi mu bihugu bitandukanye, aho riuga ko kugeza ubu 30% byâabantu bakuze na 20% byâurubyiruko (Hagati yâimyaka 25 na 34) bakomeje […]
Mu turere hafi 10 na Kigali ingendo zabujijwe guhera saa 6:00 z’umugoroba, amashuri arafungwa

Bitewe n’umubare w’abandura Covid-19 ukomeje kugenda wiyongera ndetse na virus igenda yihinduranya mu bice bitandukanye by’Isi, Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba nsha zigamije gukumira ikwirakwizwa ry’iki cyorezo, aho guhera ku itariki ya 01 Nyakanga 2021, mu Mujyi wa Kigali, uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana ingendo zibujijwe guhera saa kumi […]
RDC: Umudepite wubahutse Perezida Tshisekedi yaraye muri Gereza Nkuru ya Bunia
Umudepite wâintara ushinjwa gutuka PereziTshisekedi witwa Jean-Bosco Asamba waraye ijoro rye rya mbere muri kasho yâubushinjacyaha bwa gisirikare muri Ituri, kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Kamena, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Bunia. Uyu wafashwe ku itariki 27 Kamena, agahita anumvwa nâubushinjacyaha bwa gisirikare bwa Ituri, ni umudepite watorewe mu Mujyi wa Bunia ushinjwa kuba […]
Syria: Ibirindiro byâingabo za Amerika byagabweho igitero cya za rokete
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite ibirindiro hafi yâiriba rya peteroli mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Syria zagabweho ibitero bya rokete kuri uyu wa Mbere nyuma yâumunsi umwe indege zâintambara za Amerika nazo zigabye ibitero ku nyeshyamba ziherereye ku mupaka wa Syria na Irak. Nta bakomerekejwe nâiki gitero ariko ibyo cyangije biracyagenzurwa. âTuratanga amakuru […]
Musanze: Hadutse amabandi yambaye gisilimu arimo kwibisha amayeri ahambaye
Abaturage batuye mu mujyi no mu nkengero zawo baravuga ko bahangayikishijwe nâamabandi yateye ari kwiba abantu yifashishije uburyo butandukanye. Ubuyobozi bwâakarere buravuga ko ayo mayeri bwayatahuye, icyakora bugasaba abaturage ko uwo bibayeho yakwihutira gutanga amakuru kugira ngo bafatwe cyane ko hari abari kwibwa bakagira isoni zo kubivuga. Aba bajura ntibari basanzwe cyane murâuyu mujyi wa […]
Le Rwanda se rapproche du poste de santé dans chaque cellule
Le ministĂšre de la SantĂ© est sur le point d’atteindre son objectif d’avoir au moins un poste de santĂ© dans chaque cellule du pays, car seules 50 cellules restent actuellement sans poste de santĂ©. Une cellule est juste au-dessus de la plus petite unitĂ© administrative de la structure de gouvernement local du pays. Les postes […]
Sudani yemeye guha ICC Omar Al-Bashir wayiyoboye imyaka 30
Igihugu cya Sudani cyemeye kuzashyikiriza Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha uwahoze ari perezida, Omar Al-Bashir nkâuko umwe mu bayobozi bâiki gihugu yabitangaje kuwa Gatandatu ushize, nyuma yâaho hatangijwe iperereza ryâabashinjacyaha bo muri Sudani ku makimbirane yo muri Darfur mu mwaka ushize. Minisitiri wa Sudani ushinzwe ibibazo byâigihugu, Buthaina Dinar mu kiganiro nâitangazamakuru yagize ati âGuverinoma yafashe icyemezo […]
Ambasaderi wa Israel i Washington yeguye ku mirimo ye
Ambasaderi wa Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iki Cyumweru yeguye ku mirimo ye nyuma yâamasaha macye amaze kwakira Perezida wa Israel, Reuven Rivlin, i Washington aho kuri uyu wa Mbere agirana ibiganiro na mugenzi we Joe Biden muri White House. Icyemezo cya Ambasaderi Gilad Erdan kije mu gihe ubuyobozi bwa Biden na […]
Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe ikindi cyiciro cyâinkingo za Covid-19

Kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Kamena, Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe inkingo zisaga igihumbi zigiye guhabwa abageze mu zabukuru nka doze ya kabiri nyuma yâinkingo za mbere zagejejwe muri aka karere ku itariki 7 Kamena. Indege ya Kajugujugu yâigisirikare cyâu Rwanda kirwanira mu kirere, RAF-2812 niyo yagejeje iki cyiciro cya kabiri, kigizwe nâinkingo 1411 za […]
Uganda: Umupolisi yishe arashe umwana wâimyaka 13 kuko yatinze kuva mu nzira
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Butaleja kiri gukora iperereza ku iyicwa ryâumwana wâumunyeshuri wâimyaka 13 bivugwa ko yarashwe nâumupolisi kubera ko yari yarengeje amasaha yo kugera mu rugo. Uwishwe yitwa Ester Naula, wigaga mu mwaka wa gatanu ku Ishuri ribanza rya Mazimasa warashwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize mu ma saa moya na […]
Gihanga: Uwitwa Gisumizi bivugwa ko yari igisambo ruharwa yicishijwe inkoni
Imirambo ibiri yâabantu bishwe yakuwe mu midugudu ibiri yo muri Komini Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, mu burengerazuba bwâu Burundi aho bivugwa ko bishwe mu ijoro ryo kuwa Gatanu ushize. Muri iyo mirambo harimo uwâuwitwa Gisumizi watoraguwe ku nkengero zâumuhanda uri mu kidendezi cyâamaraso. Bivugwa ko byagaragaraga nkâaho uyu yicishijwe inkoni nkâuko abaturage bo mu […]